Search is not available for this dataset
f
stringlengths 53
165
| o
int64 491
10.6B
| s
int64 466
4.27M
| rs
int64 3
4.17M
| u
stringlengths 16
4.36k
| c
stringclasses 11
values | ts
timestamp[ms] | collection
stringclasses 21
values | lang
listlengths 3
3
| prob
listlengths 3
3
| text
stringlengths 501
1.28M
| seg_langs
listlengths 1
9.45k
| robotstxt
stringclasses 1
value | id
stringlengths 32
32
| filter
stringclasses 1
value | pii
listlengths 0
144
| doc_scores
listlengths 9
9
|
---|---|---|---|---|---|---|---|---|---|---|---|---|---|---|---|---|
./WIDE-20121026201249-crawl420/WIDE-20121026221331-03934.warc.gz
| 478,048,140 | 10,677 | 41,133 |
http://www.radio10.rw/?p=1931
|
text/html
| 2012-10-27T08:17:29 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"swh_Latn"
] |
[
0.9761,
0.0239,
0
] |
Igihugu cy’UBufaransa cyahamagaje uwari ugihagariye mu Rwanda.
By Patrick Muneza - Tue Feb 21, 10:19 am
Uwari uhagarariye igihugu cy’Ubufaransa mu Rwanda Laurent Contini yahamagawe na Leta ahagarariye ku butaka bw’U Rwanda.
Nk’uko tubikesha ikinyamakuru Le monde cyandikirwa mu Bufaransa, Leta y’Ubufaransa ngo ikaba yaramuhamagaye kugirango bigire hamwe uko byifashe kugeza ubu.
Lemonde ivuga ko kuva uwahoze ahagarariye ubufaransa mu Rwanda Laurent Contini yahagarikwa ku mirimo ye, Leta y’u Rwanda yanze kwemera guha uburenganzira uwari wagenwe kumusimbura ariwe Hélène Le Gal nk’uko nanone byatangajwe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’icyo gihugu ku wambere.
Ngo kugeza magingo aya rero ntiharamenyekana impamvu Leta y’u Rwanda itigeze yemerera Hélène Le Gal guhagararira igihugu cy’Ubufaransa iKigali ariko kubwa Leta y’u Rwanda yo ivuga ko ntakibazo kiri hagati y’ibihugu byombi.
Patrick Muneza
Ifoto:leparisien.fr
|
[
"run_Latn",
"zho_Hant",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"wol_Latn"
] |
allowed
|
521cecf467fa7c7a0979343096fd8524
|
keep
|
[] |
[
6,
7.9,
10,
9.9,
9.4,
10,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121011104740-crawl413/WIDE-20121011110418-00795.warc.gz
| 344,257,418 | 9,663 | 28,147 |
http://rn.wikipedia.org/wiki/Ikiyingiyingi
|
text/html
| 2012-10-11T11:12:54 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"tum_Latn"
] |
[
0.9998,
0.0002,
0
] |
Ikiyingiyingi
Ikiyingiyingi
Nta muntu atigera yumva ko yijiriwe mu buzima bwiwe, ariko kenshi n’ibintu biza bigahera. Ni kwaba uko kwijirwa kumaze indwi nyinshi kukongera kukagira ingaruka ku buzima bwa minsi yose, ushobora kuba urwaye ikiyingiyingi. Ibimenyetso bivyerekana harimwo kwama wihebuye, ukamenga nta kiri mu bwenge, canke ukama ufise ubwoba; kwama urushe rwose; kutaryama neza canke kugira itiro ryinshi; kutagira akayabagu canke kurya nk’isiha. Gucika ikiyingiyindi bishobora gutuma umuntu arwara izindi ndwara nko kuribwa mu nda canke kumeneka umutwe.
Gucika ikiyingiyingi birashika kenshi muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Abakozi bo mu buvuzi baravura kandi bagakiza iyo ndwara babicishije mu kuvugana n’umurwayi, mu kumuha imiti, canke ivyo uko ari bibiri. Ni waba uzi umuntu arwaye gutyo, mwereke ko ubabaye umushigikire, mutege amatwi umwumvirize, wongere umuhanure kuvugana n’abakozi bo mu buvuzi.
|
[
"lug_Latn",
"lug_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
abf4d5bc501a483e770689ce69558323
|
keep
|
[] |
[
8.2,
10,
10,
10,
10,
10,
10,
2,
0
] |
./WIDE-20121004123520-crawl335/WIDE-20121004124301-01362.warc.gz
| 72,432,808 | 10,822 | 48,558 |
http://ruhagoyacu.com/spip.php?article1942
|
text/html
| 2012-10-04T12:45:22 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"swh_Latn"
] |
[
0.9998,
0.0001,
0
] |
Joe
Muri iyi week end imikino yo gushakisha itike yo kwerekeza Maputo mu mikino ya All Africa Games yararangiye muri ruhago. Amakipe akaba akinisha abakinnyi batarengeje umyaka 23.
Uko batsindanywe mu mikino yo kwishyura :
Cameroon 3-0 RD Congo
Senegal 1-0 (5 -4 pen) Guinea
Ghana 2–0 Nigeria
Uganda – Kenya
Zimbabwe 1 –0 South Africa
Uko bari batsindanye mu mikino ibanza:
RD Congo (1-0) Cameroon
Senegal (0-1) Guinea
Ghana (1-3) Nigeria
Uganda (5-1) Kenya
Zimbabwe (0-2) South Africa
Ushobora kudukurikira ukoresheje Twitter cyangwa Facebook ukamenya amakuru yose y’imikino isaha ku yindi.
Ushobora no kudusura kuri Blog yacu , kanda hano
|
[
"zho_Hans",
"run_Latn",
"run_Latn",
"swh_Latn",
"swh_Latn",
"swh_Latn",
"swh_Latn",
"sot_Latn",
"kin_Latn",
"swh_Latn",
"vec_Latn",
"swh_Latn",
"swh_Latn",
"sot_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn"
] |
allowed
|
724cce132d563bae4677ca9a2ba0213a
|
keep
|
[] |
[
5.3,
7.9,
10,
9,
10,
9.3,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121004123520-crawl335/WIDE-20121004124301-01362.warc.gz
| 78,366,312 | 10,764 | 48,093 |
http://ruhagoyacu.com/spip.php?article3956
|
text/html
| 2012-10-04T12:45:35 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] |
[
0.9987,
0.0013,
0
] |
Joe
Mu rwego rwo kwitegura Amavubi , umutoza Stephen Keshi azakina umukino wa gishuti na Peru tariki ya 23/05/2012 nkuko amakuru dukesha igitangazamakuru kickoff.com abotumenyesha.
Nyuma yo kunganyiriza n’Amavubi i Kigali ubusa ku busa ikipe ya Nigeria ikomeje kwitegura umukino wo kwishyura uteganyijwe mu kwezi kwa gatandatu aho izipima na Peru tariki ya 23/05/2012.
Muri uyu mukino abakinnyi Nnamdi Oduamadi, Gege Soriola, Nwankwo Obiora, Raheem Lawal na Ekhigo Ehiosun bakaba bahamagawe ngo bazasange ikipe muri Peru, mu gihe umutoza wabo Keshi we atangaza ko impamvu yahamagaye abakinnyi bake bakina hanze ari uko abandi bazaba bari muri shampiyona zabo ziri ku musozo.
Abakinnyi 26 bakina mu gihugu imbere bakaba bategerejwe gutangira imyitozo i Abuja aho hazakurwamo 17 bazerekeza muri Peru.
|
[
"zho_Hans",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
5616c2cec5e27a6901ed758cabb577d8
|
keep
|
[] |
[
7.8,
10,
10,
10,
10,
9.6,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121103033408-crawl417/WIDE-20121103035103-04313.warc.gz
| 404,812,376 | 7,744 | 31,126 |
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1209230232
|
text/html
| 2012-11-03T04:15:21 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] |
[
0.9982,
0.0018,
0
] |
Arsenal yitwaye neza ku kibuga cya Manchester City inganya 1-1
Umukino wari utegerejwe muri shampiyona y’Ubwongereza Premier wasojwe amakipe anganya igitego 1-1. Ikipe ya Arsenal ibifashijwemo na Kocienly watsinze igitego cyo kwishyura hasigaye iminota 10 ku kibuga cya Manchester City.
Mu mukino wari uryoheye ijisho Arsenal yatangiye ihanahana neza ariko Manchester City ikayirusha gusatira izamu aho yahushije uburyo bwinshi bwo gutsinda ariko igice cya mbere kirangira Lescot n’umutwe anyeganyije inshundura.
Igice cya kabiri Manchester City yarushijeho gusatira ishaka igitego cy’intsinzi gusa uko umukino wasatiraga ku musozo Arsenal yongera kwiharira umupira.
Arsene Wenger umutoza wa Arsenal yasimbuje ashyiramo abakinnyi babiri Walcot na Giroud bahinduye ibintu mu kibuga mbere y’uko Koscienly yishyura ku mupira wari uturutse muri koroneri.
Undi mukino ukomeye wabaye kuri iki cyumweru wahuje Manchester United na Liverpool, amahirwe ntiyahiriye Liverpool imbere y’abafana bayo kuko yabonye ikarita itukura mu mpera z’igice cya mbere cyarangiye nta kipe irebye mu izamu.
Nyamara ariko Liverpool yakinaga ituzuye niyo yafunguye amazamu mu ntangiriro y’igice cya kabiri cyatsinzwe na Gerrard.
Manchester United yahise ikishyura ku ishoti ryiza ryatewe na Rafael Da Silva gusa Liverpool ikomeza kurusha Manchester United itakinnye neza uyu munsi.
Robin Van Persie niwe wahesheje intsinzi Manchester United kuri penaliti bigoye kwemeza ko ariyo ikosa ryakorewe Valencia.
Andi makipe nka Newcastle nayo yatahanye amanota atatu itsinze Norwich 1-0 cyatsinzwe na Demba Ba uhagaze neza mugihe Tottenhama nayo yatsinze QPR 2-1.
Rutaganda Ponny.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"scn_Latn"
] |
allowed
|
2b5a9303ffbce8cd7031a17ade8b1dec
|
keep
|
[] |
[
8,
10,
10,
10,
10,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121017195007-crawl410/WIDE-20121017210742-02335.warc.gz
| 924,781,434 | 11,679 | 53,492 |
http://umuseke.com/?p=33356
|
text/html
| 2012-10-17T22:21:53 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] |
[
0.9603,
0.0397,
0
] |
Mu kiciro cya kabiri cy’amatora, François Hollande yatorewe kuyobora Ubufaransa nyuma yo gutsinda kumajwi 52% kuri 48% ya Nicolas Sarkozy.
Sarkozy yemeye uwatsinze ati: “Ubu François Hollande ni President w’Ubufaransa kandi agomba kubahwa.”
Mu byishimo byinshi abafana ba Hollande bahise berekeza kuri Place de la Bastille i Paris, ahantu hazwi mu muco nk’urubuga rwo kwishimira intsinzi.
Hollande mu kwiyamamaza yavuze ko azazamura imisoro ku bikorera na kompanyi zinjiza hejuru ya miliyoni imwe mu ma Euro. Mu bindi by’ibanze yasezeranye harimo kuzamura umushahara wa mwarimu no guha akazi abarimu 60 000 bashya, ndetse no kugabanya imyaka y’ikiruhuko cy’izabukuru ikava kuri 62 ikaba 60.
Nyuma yo gutsindwa Nicolas Sarkozy yagize ati: “ Ikivi meze nk’uwacyushe, umusanzu wanjye mu buzima bw’igihugu cyanjye ubu ugiye guhinduka, nyuma y’imyaka 35 mu buzima bwa Politiki n’inshingano zo hejuru n’imyaka 5 ndi president w’Ubufaransa, ngiye kuba umufaransa usanzwe nk’abandi”.
Ni inshuro ya kabiri gusa President w’Ubufaransa adatorewe kuyobora mandat ya kabiri kuva mu 1958, uwo byaherukaga kubaho ni Valery Giscard d’Estaing watsinzwe nyuma ya mandat ye yambere na François Mitterrand mu 1981.
Hollande yatowe n’ubundi ubushakashatsi bwagaragazaga ko ariwe uhabwa amahirwe kurusha Sarkozy ho 10%.
François Hollande azamurikwa ku mugaragaro tariki 14 cyangwa 15 z’uku kwezi ndetse abonereho kwinjira muri Champs Elysés.
Hollande ni muntu ki?
François Gérard Georges Hollande yavukiye i Rouen, afite imyaka 57, yahoze ari umufasha wa Ségolène Royal (watsinzwe na Sarkozy mu matora ya 2007), bafitanye abana bane, umuto afite imyaka 20.
Hollande yarangije Kaminuza muri Institut d’Etudes Politiques de Paris, yinjiye cyane muri Politiki mu 1979 mu ishyaka ry’Abasosiyalisiti aza kuribera umunyamabanga asimbuye Lionel Jospin, kuva mu 1997 kugeza mu 2008, iri nniaryo yatsindiyemo nk’umukandida kuri uyu wa gatandatu.
François Hollande na Ségolène Royal batandukanye nyuma gato y’uko Ségolène atsinzwe amatora mu 2007, nyuma gato byatangajwe ko umunyamakurukazi witwa Valérie Trierweiler niwe byavuzeko bakundana, ndetse uyu aza kubyemeza mu Ukwakira 2007 ko bari mu rukundo nubwo kugeza ubu batararushinga kumugaragaro.
Ubwanditsi
UMUSEKE.COM
Ariko igihugu cy’ubufaransa wagirango kirimo numuvumo,ese kigomba kuyoborwa naba divorcés nkaho ntabandi bahari bari capable yo kwihanganira ingorane zo mungo zabo,nkuko bazihanganira izo bazahura nazo mugihugu bayoboye,ibi nabyo bikwiye gusubirwamo byose erega ni kumavi ntahandi
nonese bapfuye politike rahira ko badasubirana niba ntamugore afite ubwose urumva atari amata abyaye amavuta bagirango barwanye sarkozy none babigezeho,en tout ca ariya namatora pe jye nayemeye uwayazana muli afrika ngirango ntibasubira kugira amanyanga,sarkozy niyigendere aliko nawe yatwiciye kadafi obama nawe yishe bin raden aha ntibizoroha uyu we se azica nde ra mwifurije kuyobora neza reka turebe.
nagende sarkozy agiye ahitanye khadafi nkuko bush yahitanye sadam
Félicitation pour hollande et condoleance à sarkozy
None se uyu mugabo ntamugore afite? Il divorcé? Afite gahunda yo kubana n’uwo munyamakurukazi?
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"cat_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"fra_Latn",
"kin_Latn"
] |
allowed
|
032b5b8dc410d5b9b6e717f67ba700a3
|
keep
|
[] |
[
7.2,
8.6,
10,
10,
10,
9.8,
10,
5,
0
] |
./WIDE-20121015043947-crawl339/WIDE-20121015050912-02130.warc.gz
| 978,863,793 | 5,287 | 15,670 |
http://orinfor.gov.rw/printmedia/news.php?type=rw&volumeid=716&cat=6&storyid=16161
|
text/html
| 2012-10-15T05:36:31 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] |
[
0.9968,
0.0033,
0
] |
Rayon Sports 0 -1 La Jeunesse
Mukura 1- 0 Marines FC
Isonga FC 3- 1 Amagaju
Etincelles FC 1-2 Espoir FC
AS Muhanga 0 - 2 Musanze
Ikipe ya Rayon Sports yatangiye shampiyona nabi birenze ibindi bihe byose iyi kipe yabayeho dore ko ubu iri ku mwanya wa nyuma ikaba imaze gutsindwa imikino 3 aho ifite amanota 0 ku 9. Ku munsi w’ejo ikaba yaratsindiwe i Nyanza na La Jeunesse igitego 1-0.
Ikipe ya Rayon Sports nyuma yo gukina igikombe cy’Agaciro, ikanacyegukana yagaragaza ko ari ikipe ikomeye kandi izerekana byinshi muri shampiyona. Ariko kuri ubu ibibazo ni byose aho isubiriye i Nyanza nyamara aribwo bemezaga ko izitwara neza. Ibibazo bimwe bikaba bishyirwa ku batoza ariko wareba no ku rundi ruhande ugasanga n’ubuyobozi bw’iyi kipe bufite ikibazo gikomeye ahanini gishingiye ku burangare ku bakinnyi bataboneye ibyangombwa igihe. Aha hakaba hari umusore wanakiniraga Rayon Sports Hamissi Cedrick usa nk’aho muri iyi minsi ariwe iyi kipe igenderaho n’ubwo atariwe ukina wenyine, hari kandi umukinnyi wo hagati mu b’inyuma Karekezi Etienne aba bakaba batarabona ibyangombwa nyamara byaragomba gushakwa kare. Uretse aba hari Sibomana Hussein umunyekongo ariko wagizwe umunyarwanda akaba yarakiniye Kiyovu n’Amavubi, uyu akaba ataragera mu ikipe. Ibi bibazo byoze byagakwiye kuba byarakozwe kare bityo ikipe igatangira shampiyona nta kibazo ifite.
Ikindi kintu cyaba gituma iyi kipe itarimo kwitwara neza ni ukuba abakinnyi batishimiye kuba i Nyanza, n’ubwo nta n’umwe ubitangaza ku mugaragaro ariko bamwe mu bakinyi bari bamenyereye umujyi wa Kigali ntabwo bishimiye kujya kuba i Nyanza ari nabyo bintu bishobora gutuma batitwara neza kuko umukinnyi atameze neza mu mutwe ntashobora kwitwara neza.
Nyuma rero yo gutsindwa umukino wa 3 wa shampiyona Rayon Sports ikaba ifite byinshi byo gukora kugira ngo izabashe kuba yashyikira ikipe ya Kiyovu ubu yo yifitiye amanota 9 nyuma yo gutsinda imikino yayo yose uko ari 3 niba koko iri muri gahunda yo gushaka igikombe cya shampiyona. Amakuru ava muri iyi kipe ariko akaba avuga ko abatoza Mbarushimana na Bizimungu bashobora gusezererwa, Iyi kipe ikaba ishobora kuzana umutoza mushya aho ubuyobozi bwatangiye kuvugana na Raoul Shungu wahoze ayitoza.
Hari n’indi mikino yabaye
Ku munsi w’ejo ku cyumweru taliki ya 30 Nzeri 2012, uretse uyu mukino wa Rayon Sports na La Jeunesse, hari n’indi mikino y’umunsi wa gatatu yabaye aho ikipe ya Mukura yabonye amanota 3 nyuma yo gutsinda Marines FC nayo ubu iri mu gatebo kamwe na Rayon Sports dore nta mukino ziratsinda. Mukura ikaba yaraye itsinze Marines FC igitego 1-0.
Isonga FC nyuma yo gukura inota 1 kuri Musanze FC ku mukino wa mbere ariko igatsindwa na Espoir FC ku mukino wa 2 yabashije gukura amanota 3 kuri Amagaju FC itsinda ibitego 3-1. Mashami na Seninga bayoboye itoza muri iyi minsi nk’abatoza bakaba bakoze akazi gakomeye ko kubona amanota 3 ku Aamagaju. Isonga ikaba yihimuye kuko umukino wa mbere yinjira muri Shampiyona yatsinzwe n’Amagaju umukino ubanza, uwo kwishyura zinganya 1-1.
I Rubavu bakaba bararanye akababaro nyuma y’aho ikipe yabo Etincelles FC itsindiwe na Espoir FC ku kibuga cyayo ibitego 2-1. Umutoza Sogonya wahoze atoza Etincelles FC akaba yaretse abakunzi ba Etincelles FC ko akiri umutoza ukomeye. Iyi kipe ya Etincelles ikaba itarimo kwitwara neza muri iyi minsi dore nayo nta mukino iratsinda gusa ikaba yaranganyije umukino 1.
Ikipe ya Musanze izamutse mu cyiciro cya 1 uyu mwaka ikaba nayo yaraye yitwaye neza yongera gutsinda Muhanga ibitego 2-0. Aya makipe akaba aziranye cyane dore ko yazamukanye mu cyiciro cya mbere. Amakipe ya AS Muhanga, Etincelles FC, Marines FC, Rayon Sports akaba yaratangiye nabi kuko amwe afite inota 1 gusa andi ni ubusa.
Nyuma y’umunsi wa 3 wa shampiyona, ikipe ya Kiyovu itoza na Kayiranga Baptista niyo iri ku mwanya wa mbere n’amanota 9 igakurikirwa na APR FC, Musanze FC zifite amanota 7 naho ku mwnaya wa nyuma wa 14 hari Rayon Sports n’ubusa n’umwenda w’ibitego 4.
|
[
"fra_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"glg_Latn",
"taq_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
76a8ec718d55bf19d4c74365d340ac3a
|
keep
|
[] |
[
9.6,
10,
10,
10,
10,
10,
10,
7,
9.2
] |
./WIDE-20120919005050-crawl417/WIDE-20120919183759-00007.warc.gz
| 254,712,958 | 7,668 | 32,188 |
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1209150318
|
text/html
| 2012-09-19T18:53:41 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] |
[
0.9978,
0.0022,
0
] |
Premier League: Arsenal FC na Manchester United zatahanye amanota atatu
Nyuma y’icyumweru shampiyona yarahagaze kubera imikino y’amakipe y’ibihugu, kuri uyu wa Gatandatu yasubukuwe. Ikipe ya Arsenal itari yaratangiye neza shampiyona yanyagiye akayabo k’ibitego 6-1 Southmpton mu gihe Manchester United nayo yihereranye Wigan ikayitsinda ibitego 4-0.
Ikipe ya Arsenal yatangiye shampiyona ifite ikibazo cyo kureba mu izamu yaje yagikemuye kuko igice cya mbere cyarangiye ifite ibitego 4-1.
Kubera igitutu no gusatirwa cyane southmpton niyo yitsinze igitego cya mbere ku munota wa 11, Lucas Podolski na Gervinho wakinnye neza muri uyu mukino baje gushyiramo icya kabiri n’icya gatatu mbere y’uko Southmpton yongera kwitsinda icya kane ikabona n’igitego.
Igice cya kabiri Gervinho yongeye kureba mu izamu ku munota wa 71 hanyuma Walcott ashyiramo agashinguracumu ku munota wa 88.
Gervinho yahiriwe n'uyu mukino
Manchester United yari yakiriye Wigan yatangiye umukino idafite abakinnyi bayo bakomeye Robin Van Persie, Shinji Kagawa bari ku ntebe y’abasimbura na Wayne Rooney wavunitse, gusa ntibyayibujije kwihanangiza Wigan bakayitsinda 4-0.
Igice cya mbere cy’umukino cyarangiye amakipe anganya 0-0 ariko Manchester United yahushije penalty yatewe na Chicharito umuzamu akayikuramo.
Igice cya kabiri Man Utd yatangiye isatira maze ku munota wa 50 Paul Scholes wuzuje imikino 700 akinira iyi kipe afungura amazamu.
Paul Scholes wuzuje imikino 700 akinira ikipe ye,
Chicharito niwe watsinze igitego cya kabiri mugihe Alex buttner wakinaga umukino we wa mbere muri Man Utd yinjije icya gatatu mbere y’uko Nick powell wari umaze gusimbura atsinda igitego cya kane.
Andi makipe akomeye nka Chelsea na Manchester City ntago zabashije gutahana amanota atatu kuko zanganyije.
Chelsea yanganyije na QPR 0-0 mbere y’uyu mukino Antonny Ferdinand yanze gusuhuza John Terry na Ashley Cole bahanganye kubera ikibazo cy’ivanguraruhu yakorewe.
Ferdinand yanga gusuhuza Terry
Rutaganda Ponny.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"scn_Latn"
] |
allowed
|
f7118b57e87425003981e9f314b37129
|
keep
|
[] |
[
7.3,
9,
10,
10,
10,
10,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20120919005050-crawl417/WIDE-20120919183759-00007.warc.gz
| 445,009,730 | 7,751 | 32,374 |
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1209180411
|
text/html
| 2012-09-19T19:02:55 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] |
[
0.9823,
0.0177,
0
] |
APR FC yaguze abakinnyi 7 bakiniraga Isonga FC
Nyuma y’ibiganiro byamaze igihe kitari gito hagati ya FERWAFA na APR FC, iyi kipe byarangiye ihawe abakinnyi bagera kuri barindwi muri 16 bahoze bakinira Isonga FC ariko bagashyirwa ku isoko ngo berekeze mu makipe abifuza.
Ni muri gahunda amakipe menshi akomeye hano mu Rwanda afite yo guha amahirwe abana bakiri bato kandi b’abanyarwanda kugirango bigaragaze muri shampiyona no mu rwego mpuzamahanga aho kuza abanyamahanga bahenze kandi nta musaruro ufatika batanga.
Aba basore baturutse mu Isonga FC kandi baje basanga abandi bakinnyi bakiri bato iherutse kugura mu makipe atandukanye ya hano mu Rwanda nka Tumaini Titi, Andrew Butera, Bariyanga Hamdan na Songa Isaiah.
Mu rwego rwo gushakira imyanya aba bakinnyi bazakinaho ikipe ya APR FC yasezereye abakinnyi benshi b’abanyamahanga barimo n’abari bayifatiye runini nka Lionel St Preux.
Abakinnyi barindwi biyongereye muri APR FC basinye amasezerano y’imyaka ibiri barimo kapiteni w’Amavubi U20 Emery Bayisenge, Francois Hakizimana, Rusheshangoga Michel, Nsabimana Eric, Isaac Muganza, Cyubahiro Jacques na Ruhinda Farouk.
Rutaganda Ponny.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"scn_Latn"
] |
allowed
|
0a55c5acd578e112dd191972daa5ba48
|
keep
|
[] |
[
8,
10,
10,
10,
10,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20120919005050-crawl417/WIDE-20120919183759-00007.warc.gz
| 617,726,699 | 7,587 | 32,037 |
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1209181123
|
text/html
| 2012-09-19T19:08:05 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] |
[
0.9984,
0.0017,
0
] |
Real Madrid 3-2 Manchester City, Ronaldo yarokoye Real Madrid
Champions league irushanwa rihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo ku mugabane w’Uburayi ryatangiye kuri uyu wa kabiri taliki ya 18 Nzeli 2012. Umukino ukomeye wahuje ikipe ya Manchester City na Real Madrid urangiye Real itsinze ibitego 3-2.
Uyu mukino wo mu itsinda ryiswe iry’urupfu bitewe n’amakipe akomeye yarihuriyemo wari utegerejwe na benshi wabereye ku kibuga cya Real Santiago Bernabeu.
Igice cya mbere ikipe ya Manchester City yakiniye inyuma cyane bituma kirangira nta gitego kibonetse n’ubwo Real yahushije uburyo bwinshi bwo gufungura amazamu.
Igice cya kabiri ibintu byaje guhinduka kuko Real yahugiye mu gusatira umusore Yaya Toure wakinnye neza muri uyu mukino yafata umupira agasiga abakinnyi ba Real agahereza Dzeko wahise afungura amazamu.
Real Madrid yahise imera nk’iriwe n’inzuki itangira gutera imipira mu izamu yaje no kuvamo igitego cyo kunganya cyatsinzwe na Marcelo.
Nyamara ariko Manchester City yongeye kubona igitego cyatsinzwe na Koralov winjiye asimbuye Nasri wavunitse mu gice cya mbere.
Ibitego bibiri kuri kimwe hasigaye iminota itanu ngo umukino urangiye Real Madrid yahise yishyura ibifashijwemo na Karim Benzema.
Ku munota wa 90 Christiano Ronaldo yamennye imitima y’abafana ba Manchester City ashimisha aba Real atsinda igitego cya gatatu umukino urangira ari 3-2.
Reba uko ibitego byatsinzwe:
RutagandaPonny.
|
[
"swh_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"swe_Latn"
] |
allowed
|
4c437c48d86e7d2e7428e8b7eac02cab
|
keep
|
[] |
[
7.7,
9.6,
10,
10,
10,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121015025730-crawl419/WIDE-20121015040043-02099.warc.gz
| 21,727,065 | 14,913 | 60,687 |
http://www.igihe.com/amakuru/utuntu-n-utundi/usa-obama-yateruriwe-muri-resitora.html
|
text/html
| 2012-10-15T04:02:32 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] |
[
0.7808,
0.2193,
0
] |
Amezi abiri abura ngo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ngo habe amatora y’umukuru w’igihugu, yiyamamariza muri Leta ya Floride, Barack Obama yatunguwe no guterurwa n’umwe mu bakunzi be.
Mu mpera z’icyumweru gishize Perezida Barack Obama ubwo yarari mu gikorwa cyo kwiyamamaza muri Leta ya Floride yagiye muri resitora yitwa "Big Apple Pizza & Restaurant", bategujwe ko Obama agiye kuhagera mbere y’iminota mirongo ine, ny’iriyo resitora Scott Van Duzer yagize ibyishimo bidasubirwaho.
Amakuru dukesha politico.com avuga ko Scott Van Duzer atabashije guhisha umunezero we mu gihe yabonye Obama yahise amuhobera amaterura, Barack Obama amaze guterurwa yabajijee uwo mugabo ko naramuka ariye kuri pizza ze nawe ari bugire ibyishimo nk’ibye ? Arongera ati ”Uterura ibyuma cyangwa ?”.
Reba uko byagenze :
Kubera uburyo Barack Obama arigusabana cyane n’abaturage ndetse aherutse gusetsa abantu ari kumwe n’umwana ukomoka muri Hawai, ibyo byamuhesheje amanota 4 arusha mugenzi we bari guhatanira umwanya w’umukuru w’igihugu Mitt Romney.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn"
] |
allowed
|
c7818c6a5b6777cdd8bc78a5304c7303
|
keep
|
[] |
[
5.9,
7.7,
10,
9.9,
9.4,
10,
10,
2,
0
] |
./WIDE-20121009172554-crawl336/WIDE-20121009175931-02196.warc.gz
| 419,149,060 | 8,072 | 28,169 |
http://www.ibishya.biz/kanye-west-yasohoye-budget-yakayabo-ka-1-000-000-cash-kwisabukuru-ya-kim-kardashian-dore-impano-azamuha/
|
text/html
| 2012-10-09T18:28:30 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"swh_Latn"
] |
[
0.9811,
0.0188,
0
] |
KANYE WEST YASOHOYE BUDGET Y’AKAYABO KA 1.000.000$ CASH KW’ISABUKURU YA KIM KARDASHIAN – DORE IMPANO AZAMUHA.
Umuhanzi Kanye West n’umkunzi we Kimberly Noel “Kim” ¬†Kardashian wavutse kw’itariki ya 21/10/1980, akaba azuzuza imyaka 32 mu kwezi gutaha ku munsi wo ku cyumweru, kuri uwo munsi w’isabukuru ye umukunzi we Kanye West akaba yasohoye akayabo ka Miliyoni 1 y’amadorali (1.000.000$) ku mpano ndetse no gutegura umunsi mukuru n’ibirori by’umukunzi we, Kim Kardashian akaba yaretse Kanye west ngo azamuhitiremo impano izamushimisha.
Iyi sabukuru ya Kim Kardashian izabera ku kirwa aho Kanye west na Kim Kardashian batumiye inshuti zabo za bugufi cyane harimo umuryanga wa Jay-z ndetse n’abagize umuryango wa Kim Kardashian, iyi ikaba ariyo sabukuru ya mbere Kim Kardashian agize ari kumwe na Kanye West.
Iyi Couple ikaba itorohewe muri iyi minsi kuko Kanye west ari kw’ishyuzwa Miliyoni 1 y’amadolari (1.000.000$) kugirango video y’urukozasoni yakoranye n’umukobwa Mony Monn usa na Kim Kardashian itajya hanze, ndetse na Kim Kardashian akaba akundanye na Kanye west nyuma yo gutandukana n’abagabo babiri bari barashakanye.
Iriya Video y’amashusho y’urukozasoni ya Kanye west iramutse isohotse, Kanye west na Kim Kardashian yaba ariyo couple ya mbere y’aba star ifite sextape nyinshi hanze.
Kw’isabukuru ya Kanye West, Kim Kardashian akaba yara muhaye impano y’imodoka y’umukara ya¬†Lamborghini ifite agaciro k’ibihumbi 750.000 $.
Post By :: Elvis SHEMA / ibishya.biz
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"nno_Latn"
] |
allowed
|
a84e7decb61fa8c2e53f325db1f21cde
|
keep
|
[] |
[
5.5,
9.8,
10,
9.5,
7.2,
9.5,
10,
3,
0
] |
./WIDE-20121009172554-crawl336/WIDE-20121009175931-02196.warc.gz
| 441,412,643 | 8,186 | 28,309 |
http://www.ibishya.biz/umukobwa-wa-jay-z-na-beyonce-yambara-inkweto-ihagaze-akayabo-kibihumbi-493600-frw-reba-ukwimeze/
|
text/html
| 2012-10-09T18:29:44 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] |
[
0.9769,
0.0231,
0
] |
UMUKOBWA WA JAY-Z NA BEYONCE YAMBARA INKWETO IHAGAZE AKAYABO K’IBIHUMBI 493,600 FRW – REBA UKWIMEZE
Blue ivy carter n’umwana w’umukobwa wavutse ku bihangange 2 muri muzika aribyo jay-z na beyonce akaba yaravutse mu kwezi kwa mbere kuyu mwaka , kugeza nanubu ntawundi mwana numwe ku isi uratangwaho amafaranga menshi mu ivuka rye nkayo uyu mwaka yatanzweho n’umuryango we doreko bakodesheje imwe mumazu agize ibitaro yavukiyemo umunsi umwe gusa bakabyishyura miliyoni 1 n’ibihumbi 300 by’amadolari ($1,300,000 M),amadirishya y’icyumba yavukiyemo yose yari yagizwe mutamenwa ndetse n’inzungi aruko, abarinzi bari barinze ibyo bitaro kugirango hatagira uwinjiramo barengaga 50.
Kurubu nubwo uyu mukobwa Blue ivy carter ataratangira kugenda , inganda zikora inkweto zatangiye kumukorera inkweto nkaho uruganda rw’umuherwe Ruthie Davis rwashyize hanze ifoto ya mbere y’urukweto rwakorewe uwo mwana wa jay-z na beyonce ruhagaze akayabo k’amadolari 800($800) , iyo nkweto ikaba izengurutswe na Diamand.
Inganda nyinshi zizwiho gukora inkweto nziza kandi zihenze nazo zikaba zarahawe ikiraka cyo gukora izindi nkweto z’uyu mukobwa wa jay-z na beyonce harimo nk’uruganda rwa¬† eremy Scott x Adidas J wings , Marc Jacobs mouse ballet flats.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn"
] |
allowed
|
7a4a2f85bdc2f09527410d52229b6b43
|
keep
|
[] |
[
6.1,
8.1,
10,
9.9,
9.4,
9.7,
10,
2,
0
] |
./WIDE-20121116224144-crawl417/WIDE-20121116224144-06638.warc.gz
| 794,844,332 | 7,966 | 32,357 |
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1210100447
|
text/html
| 2012-11-16T23:19:10 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] |
[
0.991,
0.009,
0
] |
Bobbi Wine yakoze agashya mu birori byo kwizihiza ubwigenge bwa Uganda
Ku munsi w’ejo ubwo hizihizwaga imyaka 50 Uganda imaze ibonye ubwigenge, Bobbi Wine yanyuze imbere y’abaperezida bari muri uyu muhango afite abamurinda nkaho nawe ari Perezida.
Muri uyu muhango harimo abaperezida batandukanye nka Mwai Kibaki wa Kenya, Paul Kagame w’u Rwanda, Salva Kiir wa Soudani y’amajyepfo, Pierre Nkurunziza w’Uburundi na Robert Mugabe wa Zimbabwe n’abandi banyacyubahiro batandukanye.
Nguwo Bobbi Wine hejuru y'imodoka ye.
Kuri uyu munsi udasanzwe kuri Uganda, Bobbi Wine yashatse kunyura imbere y’aba banyacyubahiro aherekejwe n’abamurinda yigize nk’uko abandi baperezida baba barinzwe gusa ntibyamworoheye kuko yasubijwe inyuma n’abari bashinzwe umutekano ku munsi w’ejo.
Ubwo yasubijwe inyuma n’abashinzwe umutekano, Bobbi Wine(wiyita Ghetto President) yababereye ibamba asobanurira neza aba bantu ko we yaje yishyuwe mugihe abandi baperezida bo bitabiriye uyu muhango bahawe impapuro z’ubutumire gusa.
Source: ugandaonline.net
Munyengabe Murungi Sabin.
|
[
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"eng_Latn",
"jav_Latn"
] |
allowed
|
992196552984c8f5fed335b51d703864
|
keep
|
[] |
[
7.1,
9,
10,
9.9,
10,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121004110040-crawl335/WIDE-20121004113941-01348.warc.gz
| 632,117,549 | 10,768 | 48,332 |
http://ruhagoyacu.com/spip.php?article4661
|
text/html
| 2012-10-04T11:58:15 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] |
[
0.9928,
0.0072,
0
] |
Rutahizamu w’ikipe ya FC Bruges Mémé Tchité kuri ubu uzwiho kuba afite inzandiko z’inzira 3 ( Rwanda, Congo na Belgium ) kuri ubu ntajya imbizi n’umutoza wa FC Bruges Georges Leekens.
Uyu musore kuri ubu akaba atangaza ko ibyo akina aribyo umutoza aba yamusabye kandi akaba agerageza kubytwaramo neza dore ko aba ari wenyine imbere yiruka ntamipira imugeraho.
Mémé Tchité kuri we akaba asaba umutoza gukinisha ba rutahizamu babiri mu rwego rwo gusaba ubufasha ngo ibitego biboneke nkuko bitegerejwe.
Ku mutoza Georges Leekens we akaba abona bizasaba igihe ngo rutahizamu we mushya abashe kwitwara neza nubwo ishyamba atari ryeru hagati y’aba bagabo bombi.
Ikipe ya FC Bruges ku mukino wayo wa shampiyona uherutse muri iyi week end FC Bruges ikaba yaranganyije na Malines ku bitego 3 kuri 3.
Hagati aho uyu musore aratangaza ko ibye no gukinira ikipe y’igihugu y’Ububiligi biri hafi gukemuka ngo abe yakinira ikipe y’igihugu y’Ububiligi aho akomeje kwemeza ko bishoboka kandi bizamugiraho ingaruka nziza bikanongera CV ye.
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
a39e9b5aabf6eb8c711c62e181fcc075
|
keep
|
[] |
[
5.4,
6.7,
10,
10,
10,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121004110040-crawl335/WIDE-20121004113941-01348.warc.gz
| 925,057,338 | 10,979 | 49,042 |
http://ruhagoyacu.com/spip.php?article4606
|
text/html
| 2012-10-04T12:03:41 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kik_Latn"
] |
[
1,
0,
0
] |
Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 4/8/12 nibwo shampiyona yo mu gihugu cy’Uburundi yasojwe aho ikipe ya Vital’o ariyo yegukanye igikombe nyuma yo gutsinda ikipe ya Flambeau de l’Est ku gitego kimwe ku busa cyatsinzwe na Tambwe Amissi ku munota wa gatandatu.
Mu wundi mukino ikipe ya Athletico Olympique yatsinze Inter Star ku bitego 4 kuri 3 mu mukino wari ugoranye cyane.
Ikipe ya Vital’o kuri ubu ikaba maze kwibikaho igikombe cya shampiyona inshuro 22 aho yanaje kumwanya wa kabiri inshuro 9.
Iyi kipe ya Vital’o itozwa na Kanyankore Jean Gilbert alias Yaoundé ikaba izahagararira u Burundi mu mikino ya CAF Champion League umwaka utaha.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
8ac1d39ef61b0771a683ab5d4092bc92
|
keep
|
[] |
[
7.9,
10,
10,
10,
10,
9.9,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121004110040-crawl335/WIDE-20121004113941-01348.warc.gz
| 938,643,026 | 10,761 | 48,104 |
http://ruhagoyacu.com/spip.php?article81
|
text/html
| 2012-10-04T12:03:51 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"swh_Latn"
] |
[
0.9995,
0.0005,
0
] |
Ikipe y’igihugu ya UGANDA ( Uganda Cranes ) ikomeje imyiteguro nyuma yo gutsindwa na Segegal 4 kuri 1 , ku munsi w’ejo ikipe ya Uganda Cranes yabashije kunganya na Yemen 2 kuri 2.
Umukino utari woroshye na gato kuko ikipe ya Uganda Cranes yari yabanje gutsindwa ibitego 2 ku busa maze ikaza kubyishyura bitsunzwe na Sserumaga hamwe na Edema.
Sserumaga
Nkuko umutoza Bobby Williamson yabitangaje nyuma y’umukino , ikipe ikaba iri kwitegura bikomeye cyane kuko idashaka gutakaza igikombe cya CECAFA yatwaye umwaka ushize.
Ibi kandi bikaba biri mu rwego rwo gutegura iyi kipe mu mikno yo guhatanira itike yo kujya mu mikino yanyuma ya Afurika umwaka utaha hamwe n’amarushanwa ya CHAN.
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
cda72be3999468e0b7f79d83df9239b6
|
keep
|
[] |
[
6,
7.5,
10,
10,
10,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121004110040-crawl335/WIDE-20121004113941-01348.warc.gz
| 954,582,935 | 10,834 | 48,685 |
http://ruhagoyacu.com/spip.php?article4204
|
text/html
| 2012-10-04T12:03:56 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] |
[
0.9998,
0.0002,
0
] |
Mu gihe muri shampiyona y’Uburundi bigeze ahakomeye amakipe nka Vital’O na Athletico Olympique zikomeje gukubanira ku gikombe mu gihe habura imikino 3 ngo shampiyona irangire.
Muri iyi week end ikipe ya Athletico Olympique yari yasuye Academie Tchité ibasha kuyitsinda ibitego 2 ku busa mu gihe Vital’O yo yari yasuye Espoir de Gatumba ikayitsinda ibitego 3 ku busa.
Aya makipe ahatanira igikombe akaba arushanwa amanota atatu mu gihe ikipe ya gatatu ariyo Flambeau de l’Est isa n’iyamaze gukura amaso ku gikombe.
Uko amakipe yatsindanye :
Urutonde nyuma y’umunsi wa 18:
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn"
] |
allowed
|
2848d8e1d895e455ce0513a7f7aaa055
|
keep
|
[] |
[
7.6,
9.5,
10,
10,
10,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121025013621-crawl410/WIDE-20121025013622-03539.warc.gz
| 90,007,581 | 14,654 | 66,012 |
http://umuseke.com/?p=44933
|
text/html
| 2012-10-25T01:46:16 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] |
[
0.9141,
0.086,
0
] |
Leta ya Congo Kinshasa irasaba ko u Rwanda rwafatirwa ibihano rukabuzwa gucuruza amabuye y’agaciro avuye mu Rwanda nkuko ibaruwa ya Ministre w’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro muri icyo gihugu Reuters yabonye ibivuga.
Muri iyi baruwa yo kuwa 29 Kanama, Martin Kabwelulu Ministre w’Ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro muri Congo yandikiye Mary Shapiro ukuriye ikigo cya ‘U.S. Securities and Exchange Commission’ amubwira ko kuko u Rwanda rufasha imitwe yitwaje intwaro muri Congo rukwiye kubuzwa gucuruza amabuye y’agaciro hanze yarwo.
Muri iyi baruwa Kabwelulu yagize ati: “ kugirango ikibazo gikemuke, umwe mu miti dusaba ni uko amabuye y’agaciro ava mu Rwanda yafatirwa ‘Embargo’ kugeza ubwo amahoro agarutse mu duce twa Kivu y’amajyaruguru
Ni muri urwo rwego dusaba urwego muyoboye, gutegeka kompanyi zo muri Amerika kutazongera kugura amabuye y’agaciro acukuwe cyangwa avuye mu Rwanda”
Umwe mu bakoze ba ruriya rwego rwandikiwe muri Amerika, yavuze ko uru rwego nta burenganzira rufite bwo kubuza inganda kugura amabuye y’agaciro aturutse aho ariho hose, ndetse ko we atazi iby’iyo baruwa.
Kabwelulu ntabwo yandikiye abanyamerika gusa kuko yandikiye n’ikigo cy’ibyamabuye y’agaciro mu Ubwongereza cya ITRI nacyo agisaba nk’ibyo yasabaga icy’abanyamerika.
Leta ya Congo ishinja u Rwanda gufasha abayirwanya no gucukura amabuye y’agaciro akoherezwa mu Rwanda agacuruzwa hanze.
Leta y’u Rwanda yo ikaba yarakomeje guhakana ko ntaho ihuriye n’ibibazo bya Congo ko Congo ubwayo ariyo ikwiye kwikemurira ibibazo ikareka gushinja abaturanyi ishingiye ku mpuha idatanga ibimenyetso.
Imiryango mpuzamahanga itegamiye kuri Leta ivuga ko muri Congo habaho icuruzwa ry’amabuye ya tin, tungsten, tantalum na zahabu ritemewe n’amategeko rikorwa ahanini n’imitwe myinshi yitwaje intwaro irwanira muri Congo.
Amabuye y’agaciro menshi aba muri Congo acungirwa hafi n’ibihugu byinshi bihabona nk’ahantu hari ubutunzi budasanzwe.
Baba abayobozi ba Congo ubwabo, baba abayobora imitwe yitwaje intwaro, byaba ibihugu byo mu karere yaba ndetse n’ibihugu bikomeye nka Amerika n’ibindi bose bagaruka mu makuru y’icuruzwa ry’amabuye y’agaciro ava muri iki iguhugu kinini.
Gen Bosco Ntaganda mu kwezi kw’Ukuboza umwaka ushize, yashinjwe na raporo ya UN gucuruza zahabu bitemewe n’amategeko mu bihugu by’u Rwanda na Uganda.
Mu kwezi kwa mbere uyu mwaka, ikinyamakuru Houston Chronicle cyatangaje ko umunye Congo wahoze ari igihangange muri Basketball ya NBA, Dikembe Mutombo, yagize uruhare mu icuruzwa ritemewe rya zahabu iva muri Congo ijyanwa muri America, bwakozwe muri werurwe 2011, ubwo Mutombo yajyanaga ibiro bigera kuri 500 bya zahabu i Texas abivanye i Goma yabitumwe n’umuherwe Kase Lawal ufite uruganda rutunganya amabuye y’agaciro.
Mu mwaka ushize u Rwanda rwasubije Congo toni 80 z’amabuye y’agaciro atandukanye yafashwe acuruzwa bitemewe n’amategeko.
Jean Paul Gashumba
UMUSEKE.COM
CONGO irotsa imitwe nimuyihorere, uziko wagirango ni umwana uri kuregera Dady we, ariko nihahandi ibibazo byabo bizarangizwa nabo ubwabo nibamenye ko M23 ari abanyecongo atari abanyarwanda, kuvuga ngo Amabuye nahagarikwe none se ibirombe byose biri mu Rwanda nabyo byabaye ibya congo, Rambert Mende ntako atagize ngo avumbura agashya numvaga kuri BBC yirakaje cyane
Abayobozi ba Congo bataye umutwe ,kuki bumva ko u Rwanda arirwo rugomba gukemura ibibazo byabo ?
They need a true leader
Ok. None se ko mutatubwiye impamvu y’iyi baruwa? Nuko se u Rwanda rwaba rucuruza amabuye ava muri congo? Nuko se u Rwanda rujyana yo amabuye agirwa na Congo gusa? Hari proofs zibigaragaza se? Abanyamakuru mujye mutanga inkuru itomoye neza!!!svp!!!!. Mudusobanurire the raisons why y’iki cyifuzo cya Congo. Kuko ibi muvuga ni icyuka gusa. Try to be clear as clear as possible
Abaseka mujye mwisekera naho twe twarababaye
ahahhaahha,reka nisekere,kuko ibya congo birasekeje kandi biranababaje,ngo abapadiri na bapasiteri bagiye amahanga yose basabira ibihano urwanda!ariko urwanda ruramutse rufunze imipaka yayo wabona uko abakongoman barya kabila.
UKO UMUNTU AKUVUGA NABI NIKO IMANA IRUSHAHO KUKWITAHO THOSE ARE BLESSINGS N’IBAKOMEZE BADUKORERE MARKETING YAMABUYE Y’AGAKIRO BARI BAMAZE KUBWIRA AMAHANGA KO ABASIRIKARE BACU BARI ORGANISED UBU RERO BARIMU KWAMAMAZA AMABUYE YAGAKIRO DUFITE ABUCUKURA RERO COURANGE ISOKO RIRAGUSTE CONG MAN BRAVO COUNTINUE.
ahubwo ndabona ubutaha azavuga ko Urwanda irintara imwe muri kongo bamenye ko twigenga di.ariko murazi ko umwana murizi bigera aho abaregera bamwima amatwi abazungu ni Nyinawundi
ariko ninde wabeshye abakongomani ko aribobonyine bagira amabuye yagaciro bonyine?ese niba banayafite abamariye iki?ariko murazi ubukene bur muri congo?imana itabare abayo
congo uteye isoni pe! ese wabaye juge w’u Rwanda?
ariko aba bakongomani bazikop baduhatse kweli?ushatse wese ashyiraho ibihano uko abyumva nuko abyishakiye?NGO NI MINISTRE?ariko ntazongera bamuhaye igi kuta ariko mbaze nka Kabira nkuwo yanditse iyo baruwa abizi?sha bano badjinga mbona niba batatwitiranya baratwibeshyeho;ejo uzumva na KOFFI cg undi mucuranzi avuze ati amahanga mufatire urwanda ambargo ntihazongere umucuranzi wumunyarwanda urenga murwanda ngo acurange hanze yarwo;mbese buri wese murwego ashaka azajya asaba igihano kumunyarwanda?ariko batuje tugaturana ko iyo inzu yumuturanyi ihiye nawe umwotsi ukugeraho?ikinsetsa nuko bazana urugambo batwifuriza ikibi kandi ejo bagahungira iwacu;ko batajya murabo se baba basabye kuduhana?aho niho bakwiriye kumenyera akamaro kumuturanyi
Vous les congolais bite byanyu rwose ! Ndibuka ejobundi turi i Goma mu nama ya Minadef ba ICGL , ministre wa Uganda w’ ingabo asoma itangazo risoza inama nuko umuriro uba uciyeho da !!! Ntitwagobotswe n’ umusoudanais wari ifite gatoroshi (tel) akamumurikira agakomeza agasoma !! Sha mugabanye urwango si non hari icyo muzabona !! Kudufatira ibihano sibyo bizarangiza ibibazo byanyu !!!!!!!!!!
hahahahahahahahahahah, gatoroshi irahagoboka da!
Jyewe imitekerereze y’abayobozi ba CONGO KINSHASA yaranyobeye kabisa ni ukwirirwa bigisha abaturage babo inzangano ku Rwanda, basaba amahanga ngo afatire ibihano U Rwanda aho kugirango barebe uko bakemura ikibazo cyabo bagihereye mu mizi!!!!
Ariko Kweri ?????? Congo iteye ikibazo . None se ubwo baratekereza ko M23 izahita ireka imirwano kubera bahannye u Rwanda ? These guys are not serious!!!! Nubwo M23 yashyira hasi intwaro , Congo Ifite imitwe igera kuri 41 yitwaje intwaro irwanya Leta ya Kabila Ku but aka bwa Congo
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"cat_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"eng_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
b957b99b52782a59087802959503ecc0
|
keep
|
[] |
[
5,
5.9,
10,
10,
10,
10,
10,
3,
0
] |
./WIDE-20121017133904-crawl410/WIDE-20121017134851-02298.warc.gz
| 32,863,715 | 11,039 | 53,132 |
http://umuseke.com/?p=40970
|
text/html
| 2012-10-17T13:51:16 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] |
[
0.8664,
0.1337,
0
] |
Mu masaha ya nimugoroba kuri uyu wa 31 Nyakanga ku rukiko rw’ibanze rwa Kacyiru, umucamanza Theophile Nzisabira yategetse ko Gasana Idrissa Byiringiro arekurwa by’agateganyo. Naho kuwa 30 Nyakanga i Muhanga urukiko rukaba rwaragize umwere Habarugira Epaphrodite ku cyaha cy’ingengabitekerezo ya Genocide akaba yarekuwe kuri uyu wa kabiri.
Gasana Idrissa Byiringiro yarekuwe by’agateganyo nk’uko byari byasabwe n’umwunganizi Me NSABAYEZU Evariste wavuze ko ibyaha umukiliya we ashinjwa bidahanishwa igifungo kirenze imyaka itanu nk’uko amategeko abiteganya bityo ko yaba arekuwe by’agateganyo.
Habarugira Epaphrodite wakoraga kuri Radio Huguka mu karere ka Muhanga, watawe muri yombi tariki 24 Mata 2012 akurikiranyweho gutangaza kuri Radio imvugo zirimo Ingengabitekerezo ya Genocide, nyuma yo kuburana kuva mu kwa gatanu, umucamanza akaba yavuze ko Urukiko rwsanze uyu musore nta ngengabitekerezo imuhama nkuko byavugwaga n’ubushinjacyaha bityo ko agizwe umwere.
Gasana Idrissa Byiringiro wandika muri The Chronicles, akurikiranyweho ibyaha byo kubeshyera Leta , guhimba inkuru z’ibinyoma ko yashimuswe no kwandika inyandiko ebyiri mu bugenzacyaha zivuguruzanya.
Gasana yategetswe kutarenga umujyi wa Kigali, kujya yitaba urukiko buri wa gatanu no mu gihe yakenerwa muri iki gihe iperereza rigiye gukomeza. Akazitaba urukiko kuwa gatanu tariki 3 Kanama 2012.
Umukoresha we, akaba n’umuyobozi w’ikinyamakuru The Chronicles Kayumba Christopher wigisha muri Kaminuza y’u Rwanda kuva mu myaka 10 ishize, yemeye ko uyu musore aramutse abuze umushahara we (Kayumba) wahagarikwa, naho nyirarume witwa Evariste Gasana w’imyaka 68 nawe yemerera urukiko ko Byiringiro aburiwe irengero inzu ye (Evariste) yafatirwa.
Daddy Sadiki RUBANGURA
UMUSEKE.COM
BIRAGARAGRA KO HARIMO AMANYANGA KANDI Y’ABANTU BAKABAYE BATAKIRI MU BINTU NKA BIRIYA !!!
Ndumiwe,
Abanyarwanda twese tugomba kurenga amatiku tukarangwa n’ibikorwa n’ibitekerezo by’iterambere gusa.
mwa banyarwanda mwe mwaretse amanyanga
kabisa idrisa urumusani ndakwibuka kwa christophore naho ugeze man!
Ngayo nguko!Mushatse mwahindura imikorere mukaba abanyarwanda bakunda urwababyaye
BURIYA IMANA YAKOZE IBIKWIYE
|
[
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"bjn_Latn",
"cat_Latn",
"kin_Latn",
"tso_Latn",
"run_Latn",
"tum_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
b3c82515f6f102fc9ca3c92cb06458c5
|
keep
|
[] |
[
5.3,
6.4,
10,
10,
10,
10,
10,
2,
0
] |
./WIDE-20121022014126-crawl410/WIDE-20121022023544-02998.warc.gz
| 655,234,611 | 11,096 | 56,020 |
http://umuseke.com/?p=7080
|
text/html
| 2012-10-22T03:13:14 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] |
[
0.9943,
0.0057,
0
] |
Ikipe ya FC Barcelona yegukanye igikombe cya champions Ligue itsinze Manchester united 3-1 i Londres, kuri stade wembley ijyamo abantu barenga 90.000
Igikombe cyakiriwe na Abidal
Ni intsinzi itayivunnye cyane ikipe ya FC Barcelona, kuko nkuko bisanzwe bigendekera andi makipe akinnye na Barca, yimye cyane umupira Manchester kuburyo kuyitsinda biba bigoranye.
Ku munota wa 27, Pedro Rodiguez yatsindiye Barca icya mbere, Rooney akishyura ku munota wa 34, ku wa 54 Messi atsinda igitego cyiza birangizwa na David Villa Sanchez ubwo yashyiragamo icya gatatu.
Ishoti rya Messi ryatunguye Mzee Van Der Saar
Yaba yahise asezera?
Ronney mu gahinda areba abandi baserebura (Celebration)
Nyuma y’uyu mukino Ferguson yagize ati:”Twatsinzwe n’ikipe nziza, sinabona uko mbivuga, ikipe yaturushije ku buryo ntiteguraga”
Naho Pep Gualdiola we ati:” Sinzajya muri Chelsea nkuko benshi babivuga, wasiga Barcelona imeze gutya ukagana he?”
Igikombe cya 4 cya Champions Ligue Barca itwaye ikaba yagituye cyane cyane Eric Abidal wambitswe igitambaro cy’umuyobozi w’ikipe (Arm Band) kugirango afate iki gikombe. Uyu mukinnyi akaba yarabazwe ikibyimba munda (Tumel) mu kwezi kwa kabiri, benshi ntibemeraga ko azagaruka mu kibuga.
Ntabwo baba bapfa ubusa
Usain Bolt umwe mu bafana ba United yiyereka abafana mu birori bya mbere ya match
umuseke.com
ITS OKEY
NTEKEREZA KO KU MWANYA WAKABIRI ANDI MAKIPE
NTACYO ASHINJA MAN U.NO COMMENT.
MAN U yatobewe amateka bose babireba. But pole sana, binakuaga
Pablo,u’re right!barca ibanza gutsinda moralement!
bravo barca!
congs to barca supporters,u’re the best
barca ibanza gutsinda ayandi makipe mu mutwe,kuko arayitinya,bigatuma ajya mu kibuga atiyizeye,ubundi messi akiyasiriza ibibonobono.
dore ikipe dore ikipe nkaba ndi umuntu yatweretse umupira mwiza kabisa
man u yahasebeye
oyee barca, congs all fans
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"cat_Latn",
"eng_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"vec_Latn",
"eng_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"dyu_Latn",
"eng_Latn"
] |
allowed
|
1af67166edb87d31b89e4ed9abdef225
|
keep
|
[] |
[
7.3,
9.1,
10,
9.9,
10,
10,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121030162419-crawl417/WIDE-20121030171350-03795.warc.gz
| 729,795,827 | 7,548 | 31,412 |
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1209221105
|
text/html
| 2012-10-30T17:56:27 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] |
[
0.9813,
0.0187,
0
] |
Umuraperi Kanye West araririra mu myotsi
Umuraperi Kanye West akaba n’umukunzi wa KimKardashian araririra mu myotsi nyuma ya filimi y’urukozasoni yagiye hanze uyu muraperi ari kumwe n’undi mugore utari Kim nkuko news.com yabitangaje.
Ibyabaye ku mukunzi we, Kim Kardashian byamubayeho mu mwaka wa 2007 ubwo hajyaga hanze filimi y’urukozasoni ari kumwe na Ray J ari nawe wahoze ari umukunzi we ndetse binamugira icyamamare ku isi.
Kanye West n'umukunzi we Kim Kardashian.
Kanye w’imyaka 35 agaragara muri iyi filimi akora imibonano mpuzabitsina n’undi mugore utari Kim. Muri iyi filimi Kanye West agaragaramo akorana n’uyu mugore utavuzwe amazina mu buryo butandukanye bwo gusambana(position). Iyi filimi y’urukozasoni imara iminota 20. N’ubwo izina ry’uyu mugore ritatangajwe ngo afite hejuru y’imyaka 18 nkuko urubuga rwa radaronline rwabitangaje.
Iyi filimi iri kugurwa ku buryo bw’indengakamere gusa Kanye West we ari mu gahinda kubera iyi filimi ndetse ngo bishobora kumutandukanya n’umukunzi we n’ubwo na we byamubayeho.
Munyengabe Murungi Sabin.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"jav_Latn"
] |
allowed
|
db5fd858a55ea2c802770a62c7854e56
|
keep
|
[] |
[
5,
6.2,
10,
10,
9.8,
10,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121102011927-crawl419/WIDE-20121102020431-04631.warc.gz
| 1,292,205 | 11,457 | 60,641 |
http://www.igihe.com///imikino/football/?debut_gh_news=1608
|
text/html
| 2012-11-02T02:04:41 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] |
[
0.9984,
0.0016,
0
] |
— NDIKUMANA HAMADI KATAWUTI niwe wagizwe kapiteni w’ Amavubi
— Urutonde rw’ abakinnyi 18 bagize AMAVUBI STARS ndetse n’abagize ikipe ya MISIRI-LES...
Ku isi yose amashampiyona araba ahagaze mu mpera z’iki cyumweru kubera imikino yo guhatanira itike yo kujya mu gikombe cy’isi kizaba umwaka utaha...
Ku mugabane w’i Burayi byari bigeze ahashyushye mu bihugu bimwe na bimwe, ahari kuba imwe mu mikino iba itegerejwe n’abantu benshi ku isi. Aho...
-KCB yateye inkunga irushanwa ryo koga ryabereye muri Hotel Credo ya Huye.
KCB BANK GROUP ni banki mpuzamahanga imaze igihe gito ifunguye...
MANCHESTER UNITED vs ARSENAL ;
Old Trafford, kuri 29 Kanama 2009, 18h15’
Sir Alex Ferguson vs Arsène Wenger
Ni abagabo baziranye kuko...
Ku mugabane w’i Burayi, mu mpera z’iki cyumweru baraba nta rungu kuko shampiyona mu mupira w’amaguru zikomeza mu bihugu bitandukanye ahandi...
Kuri uyu wa kane taliki ya 27 Kanama, mu masaha ya nyuma ya saa sita, i Monaco haraye habaye igikorwa cyo gutombora uko amakipe yabonye amatike...
— Robben ngo akumbuye Premier League !!
Ibi ni ibitangazwa n’ikinyamakuru As, aho kivuga ko Arjen Robben yaba yifuza kuva mu ikipe ya Real...
Nyuma yuko tubonye ko shampiyona yo mu gihugu cy’ Ubwongereza ( PREMIER LEAGUE ) muyikunda muri benshi cyane, twagerageje kubashakira amwe mu...
Liverpool 1 - Aston Villa 3 ;
Torres (71’) Liverpool - Lucas (33’ yitsinze), Davies (45’), Young(74’ pen.) Aston Villa.
Shampiyona y’umwaka...
— FC Barcelona yegukannye Super Cup itsinze Athletic Bilbao
Nyuma yo gutwara shampiyona ya Espagne , igikombe cy’umwami na Champions League,...
- Mu Bwongereza PREMIER LEAGUE ku munsi wa gatatu wayo.
.ARSENAL 4 - 1 PORTMOUTH
Mark Clattenburg wasifuye umukino wavugishije byinshi abafana b’amakipe ya Chelsea na Manchester United, ashobora gutakaza uburenganzira bwo...
Ikipe ya Chelsea, yareze umusifuzi Mark Clattenburg wasifuye umukino yakinnye na Manchester United imushinja gukoresha ’imvugo idakwiye’ ku...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku Isi (FIFA), ku wa 29 Ukwakira 2012 ryashyize ahagaragara urutonde rw’abakinnyi 23 bazatorwamo umukinnyi wa...
Niyonzima Haruna yanze kongera amasezerano mu ikipe ya Yanga Africans akinira mu cyiciro cya mbere mu gihugu cya Tanzania kubera ko ngo ashobora...
Umukinnyi w’umupira w’amaguru mu ikipe ya Barcelona n’ikipe y’Igihugu ya Argentine Lionel Messi aratangaza ko atifuza kugira indi kipe yazajya...
Mu mukino wari utegerejwe na benshi mu gikombe cya Carling Cup ubu cyabaye Capital One Cup, Chelsea yihimuye kuri Manchester United iyitsinda 5...
Mu irushanwa ry’igikombe cy’amakipe yabaye aya mbere iwayo ku mugabane w’u Burayi (UEFA Champions league ) amakipe akomeye i arimo guhura n’uruva...
Mu mukino wo ku munsi wa 7 wa shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda(Primus National Footbal League), Kiyovu Sports yakomeje guhagarara ku mwanya...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Afurika (CAF) ryashyize ahagaragara amatsinda amakipe azakiniramo mu irushanwa ry’ibihugu bya afurika (CAN...
Amakipe abafana ba ruhago baba bategereje ari benshi mu Rwanda, nta n’imwe yabashije kubashimisha ngo itahane amanota atatu yo ku munsi wa...
Kubera umukino w’amahirwe wo gutegera insinzi z’amakipe hagamijwe gutombora amafaranga igihe utsinze, abafana b’amwe mu makipe y’umupira w’amaguru...
Umutoza w’ikipe ya Chelsea mu Bwongereza Roberto Di Matteo, n’ubu aratangaza ko Lee Mason wasifuye umukino Chelsea yongeraga guhura na Manchester...
Ikipe ya Chelsea, yareze umusifuzi Mark Clattenburg wasifuye umukino yakinnye na Manchester United imushinja gukoresha ’imvugo idakwiye’ ku...
Mark Clattenburg wasifuye umukino wavugishije byinshi abafana b’amakipe ya Chelsea na Manchester United, ashobora gutakaza uburenganzira bwo...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku Isi (FIFA), ku wa 29 Ukwakira 2012 ryashyize ahagaragara urutonde rw’abakinnyi 23 bazatorwamo umukinnyi wa...
Mu mukino wo ku munsi wa 7 wa shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda(Primus National Footbal League), Kiyovu Sports yakomeje guhagarara ku mwanya...
Mu mukino wari utegerejwe na benshi mu gikombe cya Carling Cup ubu cyabaye Capital One Cup, Chelsea yihimuye kuri Manchester United iyitsinda 5...
Umukinnyi w’umupira w’amaguru mu ikipe ya Barcelona n’ikipe y’Igihugu ya Argentine Lionel Messi aratangaza ko atifuza kugira indi kipe yazajya...
Nyuma y’aho KBS ifitanye amasezerano n’ikipe ya Etincelles FC batumiye abafana ndetse n’umuririmyi Jay Polly ngo abasusurutse bamwe barivumbuye ngo...
Umutoza w’ikipe ya Chelsea mu Bwongereza Roberto Di Matteo, n’ubu aratangaza ko Lee Mason wasifuye umukino Chelsea yongeraga guhura na Manchester...
Amakipe abafana ba ruhago baba bategereje ari benshi mu Rwanda, nta n’imwe yabashije kubashimisha ngo itahane amanota atatu yo ku munsi wa...
Mu mikino yo kwitegura kwizihiza isabukuru y’imyaka 25 umuryango wa FPR Inkotanyi umaze uvutse, Umurenge wa Kicukiro watsinze utababariye Umurenge...
Niyonzima Haruna yanze kongera amasezerano mu ikipe ya Yanga Africans akinira mu cyiciro cya mbere mu gihugu cya Tanzania kubera ko ngo ashobora...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) n’uruganda rwega ibinyobwa (BRALIRWA), basinyanye amasezerano mashya yo gutera inkunga...
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"swh_Latn",
"knc_Latn",
"swh_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"swh_Latn",
"zho_Hans",
"run_Latn",
"glg_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"gla_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
9881aa875e67360cff70c6140d0b8f0a
|
keep
|
[] |
[
5,
8.8,
10,
9,
9.6,
10,
8,
0,
0
] |
./WIDE-20121102011927-crawl419/WIDE-20121102020431-04631.warc.gz
| 68,991,279 | 12,296 | 46,454 |
http://www.igihe.com/imikino/football/bwa-mbere-mu-mateka-yayo-fifa-ibonye-umugore-muri-komite-nyobozi.html
|
text/html
| 2012-11-02T02:09:35 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] |
[
0.9785,
0.0215,
0
] |
Kuri uyu wa mbere tariki ya 25, Lydia Nsekera Umurundikazi usanzwe ayobora Oshyirahamwe ry’Uumupira w’Amaguru mu Burundi guhera mu mwaka wa 2004, yinjiye muri Komite Nyobozi y’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA).
Mu kiganiro n’urubuga rwa FIFA.com dukesha iyi nkuru Nsekera yavuze ko atigeze akina umupira w’amaguru akiri muto kuko utafatwaga nk’umukino w’abakobwa. Se umubyara yayoboye amakipe, ndetse abo mu miryango ye babaye abakinnyi bigatuma umuryango wabo wose ukunda uyu mukino.
Ubwo FIFA yatangizaga umupira w’amaguru mu bagore, niwe wahise ayobora shampiyona y’Abagore. Mu mwaka wa 2004 yatorerewe kuyobora Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Burundi kugeza ubu.
Ku kizere yari afite cyo kuyobora, yavuze ko muri Afurika abagore batiyumvamo ubuyobozi cyane cyane mu mikino. Nawe ntiyizeraga kuyobora yaba mu ishyirahamwe ryo mu Burundi ndetse no muri FIFA, Nsekera ashimira Abarundi bamugiriye ikizere kuko bamufashije kugera aho ageze.
Itorwa rye yumva rizahindura byinshi ku myumvire, rikanubaka icyizere mu bagore bo mu Burundi.
Abajijwe ku cyo agiye gukora, Nsekera yasubije ko agiye gufatanya n’abo asanze mu buyobozi guteza imbere uyu mukino muri rusange, ariko yongeraho ko ahagarariye umuntu wese ukunda umupira w’amaguru, harimo n’abagore kandi ati : ”Ninjiye mu muryango mugari w’abakunzi b’imikino kuko umupira w’amaguru ukundwa n’abantu benshi cyane”.
Nsekera avuga ko ubwo yajyaga ku buyobozi bw’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Burundi yakundishije abagore uyu mukino, ngo azakomeza kumvisha abagore ko bashoboye nk’abagabo.
Uyu Murundikazi w’imyaka 45, yinjiye mu buyobozi bw’umupira w’amaguru mu 2001. Ayobora Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Burundi guhera 2004 akaba abaye umugore wa mbere muri Komite Nyobozi ya FIFA.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
d596a814b7cf142f62a5b5be129e860b
|
keep
|
[] |
[
7,
10,
10,
9.7,
8.7,
10,
10,
3,
0
] |
./WIDE-20121102011927-crawl419/WIDE-20121102020431-04631.warc.gz
| 94,968,081 | 11,449 | 60,954 |
http://www.igihe.com///imikino/football/?debut_gh_news=1560
|
text/html
| 2012-11-02T02:11:17 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] |
[
0.9985,
0.0016,
0
] |
Bakunzi b’imikino mu mpera z’iyi weekend byari bishyushe muri Premiership, La Liga, Serie A aho ibihangange byahangamuwe.
Muri Premiership...
Ku munsi w’ejo muri Liban ahari kubera amarushanwa ya Francophonie, Nyirabarame epiphanie yegukanye umudari wa Zahabu, aho yasiganwaga ku...
-Nyirabarame Ephiphanie, Ntirenganya Félix, Disi Dieudonné ndetse n’itorero Amizero bazaniye u Rwanda imidari mu mikino itandukanye.
Nkuko...
Imishyikirano igeze kure hagati y’ikipe ya Police FC na Gatete.
Nyuma y’amakuru yari amaze iminsi avuga ko Jimmy Gatete yaba yarasinyiye ikipe...
Amakipe ahagarariye Africa mu mikino y’igikombe cy’isi U-20 Akomeje kwitwara neza, Aho imikino igeze mur 1/8.
Dore uko amakipe agomba...
Iri siganwa ku magare riri kubera mu mugi wa Kigali rikaba rije gutegura Tour du Rwanda,abasiganwa bahagurikiye kuri Stade Amahoro saa 9H00 za mu...
Ibi ni ibitangazwa na SKY Sport ko uyu captain wa Arsenal Cesc Fabregas yaba akunda cyane AC Milan kandi kaba yifuza umunsi umwe kuzayikinamo....
Muri iyi weekend biraba bishyushye cyane ku mugabane w’i Burayi cyane muri Premiership aho Liverpool nyuma yo gutsindirwa i Roma ishaka kwihimura...
Mu rwego rwo kwitegura imikino ya Afurika mu mikino ya basketball izabera muri Madagascar guhera tariki 9-18 ukwakira, ku munsi w’ ejo tariki...
AC Milan ni imwe mu makipe akomeye ku mugabane w’Iburayi, ikaba yaranatwaye ibikombe byinshi cyane, aho yanakinnyemo bamwe mu bakinyi b’ibihangange...
Umukino wa nyuma w’icyi gikombe ukaba wahuje amakipe y’ibigugu mu gihugu cyacu, KIYOVU SPORTS na APR FC. Igikombe cyaje kwegukanwa n’ikipe ya APR...
Kuri uyu wa kabiri n’uyu wa gatatu, iyi mikino y’igikombe gihuza amakipe yabaye aya mbere ku mugabane w’uburayi irakomereza ku munsi wayo wa kabiri,...
Mark Clattenburg wasifuye umukino wavugishije byinshi abafana b’amakipe ya Chelsea na Manchester United, ashobora gutakaza uburenganzira bwo...
Ikipe ya Chelsea, yareze umusifuzi Mark Clattenburg wasifuye umukino yakinnye na Manchester United imushinja gukoresha ’imvugo idakwiye’ ku...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku Isi (FIFA), ku wa 29 Ukwakira 2012 ryashyize ahagaragara urutonde rw’abakinnyi 23 bazatorwamo umukinnyi wa...
Niyonzima Haruna yanze kongera amasezerano mu ikipe ya Yanga Africans akinira mu cyiciro cya mbere mu gihugu cya Tanzania kubera ko ngo ashobora...
Umukinnyi w’umupira w’amaguru mu ikipe ya Barcelona n’ikipe y’Igihugu ya Argentine Lionel Messi aratangaza ko atifuza kugira indi kipe yazajya...
Mu mukino wari utegerejwe na benshi mu gikombe cya Carling Cup ubu cyabaye Capital One Cup, Chelsea yihimuye kuri Manchester United iyitsinda 5...
Mu irushanwa ry’igikombe cy’amakipe yabaye aya mbere iwayo ku mugabane w’u Burayi (UEFA Champions league ) amakipe akomeye i arimo guhura n’uruva...
Mu mukino wo ku munsi wa 7 wa shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda(Primus National Footbal League), Kiyovu Sports yakomeje guhagarara ku mwanya...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Afurika (CAF) ryashyize ahagaragara amatsinda amakipe azakiniramo mu irushanwa ry’ibihugu bya afurika (CAN...
Amakipe abafana ba ruhago baba bategereje ari benshi mu Rwanda, nta n’imwe yabashije kubashimisha ngo itahane amanota atatu yo ku munsi wa...
Kubera umukino w’amahirwe wo gutegera insinzi z’amakipe hagamijwe gutombora amafaranga igihe utsinze, abafana b’amwe mu makipe y’umupira w’amaguru...
Umutoza w’ikipe ya Chelsea mu Bwongereza Roberto Di Matteo, n’ubu aratangaza ko Lee Mason wasifuye umukino Chelsea yongeraga guhura na Manchester...
Ikipe ya Chelsea, yareze umusifuzi Mark Clattenburg wasifuye umukino yakinnye na Manchester United imushinja gukoresha ’imvugo idakwiye’ ku...
Mark Clattenburg wasifuye umukino wavugishije byinshi abafana b’amakipe ya Chelsea na Manchester United, ashobora gutakaza uburenganzira bwo...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku Isi (FIFA), ku wa 29 Ukwakira 2012 ryashyize ahagaragara urutonde rw’abakinnyi 23 bazatorwamo umukinnyi wa...
Mu mukino wo ku munsi wa 7 wa shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda(Primus National Footbal League), Kiyovu Sports yakomeje guhagarara ku mwanya...
Mu mukino wari utegerejwe na benshi mu gikombe cya Carling Cup ubu cyabaye Capital One Cup, Chelsea yihimuye kuri Manchester United iyitsinda 5...
Umukinnyi w’umupira w’amaguru mu ikipe ya Barcelona n’ikipe y’Igihugu ya Argentine Lionel Messi aratangaza ko atifuza kugira indi kipe yazajya...
Nyuma y’aho KBS ifitanye amasezerano n’ikipe ya Etincelles FC batumiye abafana ndetse n’umuririmyi Jay Polly ngo abasusurutse bamwe barivumbuye ngo...
Umutoza w’ikipe ya Chelsea mu Bwongereza Roberto Di Matteo, n’ubu aratangaza ko Lee Mason wasifuye umukino Chelsea yongeraga guhura na Manchester...
Amakipe abafana ba ruhago baba bategereje ari benshi mu Rwanda, nta n’imwe yabashije kubashimisha ngo itahane amanota atatu yo ku munsi wa...
Mu mikino yo kwitegura kwizihiza isabukuru y’imyaka 25 umuryango wa FPR Inkotanyi umaze uvutse, Umurenge wa Kicukiro watsinze utababariye Umurenge...
Niyonzima Haruna yanze kongera amasezerano mu ikipe ya Yanga Africans akinira mu cyiciro cya mbere mu gihugu cya Tanzania kubera ko ngo ashobora...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) n’uruganda rwega ibinyobwa (BRALIRWA), basinyanye amasezerano mashya yo gutera inkunga...
|
[
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
477e7ed006ee8341499edeede29a91b2
|
keep
|
[] |
[
5.3,
9.5,
10,
9.2,
9.8,
10,
7.6,
0,
0
] |
./WIDE-20121102011927-crawl419/WIDE-20121102020431-04631.warc.gz
| 96,646,335 | 13,237 | 48,319 |
http://www.igihe.com/imikino/football/mu-gushaka-itike-amavubi-y-abatarengeje-20-yatsinze-mali-2-kuei-0.html
|
text/html
| 2012-11-02T02:11:32 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] |
[
0.9841,
0.0159,
0
] |
Kuri icyi Cyumweru tariki ya 29 Nyakanga 2012, Amavubi yabataren geje imyaka 20 yakinnye umukino na Mali mu rwego rwo gushaka itike ya CAN-20 izabera Algeria 2013, Amavubi akaba yaraye yitwaye neza atsinda Mali ibitego 2-1 byatsinzwe na Sebanani ndetse n’Umwungeri Patrick.
Amakuru dukesha Imvaho Nshya avuga ko uyu mukino wahuje Amavubi U-20 na Mali U-20 ntabwo wari woroshye na gato kuko aya makipe yombi yifuzaga intsinzi. Ikipe ya Mali niyo yabonye igitego cya mbere igice cya mbere kigitangira. Abakinnyi b’Amavubi ntabwo bacitse intege kuko bakomeje gushakisha igitego ariko ikipe ya Mali yari yakinnye uburyo bwo kugarira cyane ikabazibira.
Mu gice cya 2, nyuma y’aho umutoza w’Amavubi Tardy asimburije abasore 2 aribo Tibingana Charles Mwesigye wasimbuye Nsabimana Eric na Julius Bakabulind wasimbuye Bonny Bayingana, aba basore babaye nk’abongereye ingufu mu busatirizi maze ku munota wa 76, ku ikosa ryari rikorewe Tibingana inyuma gato y’urubuga rw’amahina, atera umupira mwiza Sebanani Emmanuel Crespo ahita ashyira mu rushundura.
Nyuma yo kwishyura iki gitego, abakinnyi b’Amavubi morali yabaye yose maze basatira ikipe ya Mali yasaga nk’iri gukinira inyuma cyane. ku munota wa 87, umusore Tibingana wakoze akazi gakomeye akijya mu kibuga, yateye koroneli maze Umwungeri Patrick ubundi ukina nka myugariro ahita ashyiramo igitego cya 2.
Nyuma y’uyu mukino, umutoza wa Mali U-20 Moussa Keita yatangaje ko ikipe y’u Rwanda ari ikipe nziza kandi ikomeye. Akomeza avuga ko ari byinza ku ikipe ye kuba babashije gutsindira igitego hanze. Akaba avuga ko bagiye gutegura umukino wo kwishyura kandi ko biteguye gusezerera Amavubi.
Umutoza w’Amavubi Richard Tardy akaba yavuze ko n’ubwo batsinze bagifite akazi gakomeye kuko bafite umukino bazakina na Mali U-20 muri Mali. Akomeza avuga ko Amavubi U-20 iyo ari hanze yitwara neza kurusha n’igihe ari inaha i Kigali. Yakomeje avuga ko bazajya muri Mali bashaka intsinzi kandi ko bizeye. Tardy Yavuze ko bagiye kureba umukino wose uko wagenze bakagenda biga ikipe ya Mali nyuma bakazagenda bayizi neza ndetse bakaba babasha kuyitsinda bakayisezerera. Tardy akaba yaranashimiye abakinnyi be kuba bashyizemo ubushake bakabasha gutsinda.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
7b4214abdc29dc876ec7192ddd535ec2
|
keep
|
[] |
[
8.4,
10,
10,
10,
10,
9.9,
10,
5,
0
] |
./WIDE-20121102011927-crawl419/WIDE-20121102020431-04631.warc.gz
| 173,994,337 | 14,421 | 62,525 |
http://www.igihe.com/imikino/football/new-article-24079.html
|
text/html
| 2012-11-02T02:15:51 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] |
[
0.9999,
0.0001,
0
] |
Mu mateka bwa mbere ikipe ya Chelsea itwaye igikombe cya Champions League itsinze ikipe yahabwaga amahirwe yo kwegukana iki gikombe ariyo Bayern Munich yo mu gihugu cy’u Budage.
Ni kuwa gatandatu ku mukino wa nyuma wahuzaga ikipe ya Chelsea na Bayern Munich umukino wabereye ku kibuga cya Bayern ahitwa Allianz Arena.
Ikipe ya Bayern niyo yafunguye amazamu ku gitego cyatsinzwe n’umukinnyi Thomas Müller ku munota wa 83, ku munota wa 88 nibwo ikipe ya Chelsea yahise yishyura igitego cyatsinzwe na Drogba umaze iminsi atsindira Chelsea, dore ko umuntu atabura kuvuga ko ari nawe wahetse iy’ikipe muri Champions League.
Iminota mirongo icyenda y’umukino yarangiye ibitego ari 1 kuri 1, mu minota 30 yongeweho Bayern yahise ibona penalty umukinnyi Roben ayitera mu biganza by’umunyezamu wa Chelsea Peter Cech, wanitwaye neza muri uyu mukino.
Iminota yose y’inyongera nayo yarangiye nta kipe itsinze, hakurikiyeho gutera za penariti ku ma kipe yombi, ari nako abwoba bwari bwatashye ku bakinnyi, abatoza ndetse n’abafana. Chelsea yinjije penariti 4 kuri 3 za Bayern Munich, maze Chelsea yegukana igikombe cya mbere cya Champions League mu mateka yayo, dore ko yaherukaga ku mukino wa nyuma muri 2008, ikina na Manchester United akaba ari nayo yatwaye icyo gikombe icyo gihe.
Twabamenyesha ko ikipe ya Bayern Munich yahabawaga amahirwe yo gutwara iki gikombe, ifite ibikombe bine bya Champions League yatwaye mu myaka yaza 1974, 1975, 1976, n’umwaka wa 2001.
Foto:sportige.com
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"ita_Latn"
] |
allowed
|
c5fc3977165276f5357e64745a0aac25
|
keep
|
[] |
[
8,
10,
10,
10,
10,
9.7,
10,
2,
0
] |
./WIDE-20121102011927-crawl419/WIDE-20121102020431-04631.warc.gz
| 737,421,878 | 12,598 | 42,738 |
http://www.igihe.com/ubuzima/indwara/abana-28-bamaze-kuvurwa-indwara-y-umutima-babazwe-n-inzobere-z-abaganga-bo-mu-bubiligi.html
|
text/html
| 2012-11-02T02:46:10 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"tat_Cyrl"
] |
[
0.7568,
0.2433,
0
] |
Abana bagera kuri 28 mu Rwanda bamaze kuvurwa indwara y’umutima babazwe n’itsinda ry’abaganga b’inzobere mu kubaga umutima baturuka mu gihugu cy’u Bubiligi kuva ryagera mu Rwanda mu mwaka wa 2006.
Iyi mibare y’abana bavuwe n’izi nzobere z’abaganga bo mu Bubiligi, yatangajwe kuri uyu wa Gatanu ku tariki ya 5 Ukwakira 2102, mu kiganiganiro abaganga batandukanye bakora ibijyanye no kubaga umutima bari kumwe na Minisiteri y’Ubuzima bagiranye n’abanyamakuru.
Iri tsinda ry’inzobere mu kubaga umutima rizwi ku izina rya Chain Hope Belgium, ni rimwe mu matsinda agera kuri ane afasha Rwanda mu gukemura ibibazo by’indwara zifata umutima bamwe mu banyarwanda bahura nazo.
Murekatete Juliette, umwe mu banyarwanda ufite umwana wavuwe, amaze amezi 3 avutse, yatangarije abanyamakuru ko umwana we witwa Uwase Phiona, yavuwe indwara y’umutima n’abaganga bagize iri tsinda umwana we akaba ameze neza.
Murekatete akangurira abanyarwanda kugira umuco wo gusuzumisha abana babo kwa muganga, igihe bigaragaye ko abana bafite uburwayi bw’umutima bakavurwa, kuko nawe yagiyeyo atazi ko umwana we arwaye, bamusuzuma bagasanga umutima w’umwana we ufite ikibazo.
Dr.Mucumbitsi Joseph , Umuganga mu bitaro bikuru byitiriwe Umwami Faisal, ukurikirana hafi indwara z’umutima, akaba n’umuhuzabikorwa muri gahunda yo kuvura indwara z’umutima hatagombeye kubaga igituza, yatangaje ko kuva mu mwaka wa 2005 bamaze gukora n’amakipe ane y’inzobere mu kubaga umutima.
Dr. Mucumbitsi yatangaje ko abo baganga bashobora kuvura umurwayi hatabayeho kubaga igituza, bakamuvura banyujije mu miyoboro y’amaraso ijyana mu mutima, byananirana bakaba ari bwo babaga igituza.
Ariko Dr.Mucumbitsi yagaragaje ko hari ibigikenewe kugira ngo kuvura indwara y’umutima bigende neza. Yagize ati ”dukeneye ibikoresho bihagije kugira ngo tugabanye umubare w’Abanyarwanda bafite ikibazo cy’uburwayi bw’umutima, kuko imashini dufite ni imwe gusa ishobora kwifashishwa”. Yongeyeho ko hakenewe n’abagagna b’Abanyarwanda b’inzobere mu kubaga umutima n’abaforomo bashobara gukurikiranira hafi abarwayi. Mu ijambo rye Minisitiri w’ubuzima Agnes Binagwaho yatangaje ko Minisiteri ayobora ifite gahunda yo kubungabunga ubuzima bw’Abanyarwanda, ibarinda indwara zifata umutima, akaba ari nayo mpamvu bakorana n’inzobere zo hanze kugira ngo barengere ubuzima bw’abanyarwanda.
Minisitiri yongeyeho ko bohereje hanze abaganga kwiga kubaga umutima, mu gihe gito u Rwanda ruzaba rufite abaganga barwo bazobereye, kuko kugeza ubu rugifite batanu gusa bashobora gukurikirana umurwayi, nta muganga n’umwe uhari wabaga wabaga umutima.
Amafaranga 4,000 by’amadolari y’Amerika niyo agenda ku murwayi umwe mu Rwanda, muri Afuri Epfo ‘ni 20,000 by’amadolari ,mu gihe mu Buhinde ari hagati ya 10,000 na 20,000 by’amadorali y’Amerika.
Amatsinda ane amaze gukorana na Minisiteri y’ubuzima ni Itsinda ryaturutse muri Australia, Boston, Spoken no muri Bebiligi , bavura abana n’abantu bakuru. u Rwanda rukaba rufite abaganga bagera kuri 5 bashobora gukurikirana abarwayi Nta ubaga umutima uhari.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
52e27b08d84dae3142e2ae5209d35ad0
|
keep
|
[] |
[
5.8,
6.9,
10,
9.8,
9.4,
10,
10,
2,
5.6
] |
./WIDE-20121108064306-crawl410/WIDE-20121108091014-05323.warc.gz
| 600,997,718 | 20,413 | 102,220 |
http://www.therwandan.com/ki/2012/09/09/
|
text/html
| 2012-11-08T10:59:15 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] |
[
0.9636,
0.0365,
0
] |
Daily Archives: 09/09/2012 23:35
Ibyo Polisi yabajije Umunyamabanga Mukuru wa PS Imberakuri Madamu Immaculee Uwizeye
Polisi ihangayikishijwe n’uburyo Abarwanashyaka b’amashyaka ya opozisiyo mu Rwanda yashoboye gutabariza Alexis Bakunzibake mu gihe gito.
Ishyaka PS Imberakuri rirasaba Leta y’u Rwanda kutarifata nk’umwanzi
ITANGAZO RIGENEWE ABANYAMAKURU N° 021/P.S.IMB/012
Kuli uyu wa 09 Nzeri 201 mu ma saa tatu za mugitondo, Madamu Imakulata UWIZEYE KANSIIME, Umunyamabanga Mukuru w’ishyaka PS IMBERAKURI yafashwe n’abapolisi ba Leta ya Kigali bo mu ishami rishinzwe iperereza bazwi ku izina rya CID.
Perezida Kagame ntazavugira ijambo muri Kaminuza UCLA
Amakuru atangazwa n’urubuga UCLA African Studies Center aravuga ko ngo kubera gahunda yahindutse ku munota wa nyuma ku bijyanye n’inteko rusange y’umuryango w’abibumbye ngo Perezida Kagame ntazavuga ijambo yari ateganije kuvugira muri Kaminuza UCLA (University of California, Los Angeles) ndetse ngo nta n’ubwo azayisura.
Uburyo abambari ba Kagame bazajya guceza mu mafaranga y’«Agaciro Development Fund» muri Amerika
Amakuru agera ku Umuvugizi yemeza ko abambari ba Kagame bazajya guceza mu mafaranga y’«Agaciro Development Fund» n’andi aturuka mu misoro y’abaturage, ndetse n’ayabaterankunga, mu cyo bise «Rwanda Day», iteganyijwe kubera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Rwanda:Umunyamabanga Mukuru wa PS Imberakuri Madamu Uwizeye Immaculee yafashwe na polisi
Abarwanashyaka b’amashyaka aharanira demokarasi mu Rwanda barakomeza gutotezwa no guterwa ubwoba.
Muri iki gitondo cyo ku cyumweru tariki ya 09/09/2012, abapolisi bo mu ishami rya CID bagabye igitero mu rugo rwa Madamu Immaculee UWIZEYE, Umunyamabanga Mukuru w’ishyaka PS Imberakuri. Abo bapolisi bagiye iwe bari mu mamodoka atatu, ariko hari andi abiri ngo yari muri stand-by ku gasantere k’aho hafi.
|
[
"eng_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
a2e1e84815854a2db3d8ce4419ddecdc
|
keep
|
[] |
[
5.4,
7.6,
10,
10,
8.7,
9.8,
10,
2,
0
] |
./WIDE-20121124210227-crawl419/WIDE-20121124211141-06378.warc.gz
| 718,513,039 | 10,918 | 35,682 |
http://www.igihe.com/imyidagaduro/ibirori/nutrition-club-mu-gitaramo-cyo-kugoboka-akabyiniro-ka-down-town.html
|
text/html
| 2012-11-24T22:49:40 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] |
[
0.7728,
0.2271,
0
] |
Nyuma y’uko akabyiniro ka Down Town kakundaga gusohokerwamo na benshi muri weekend kibasiwe n’inkongi y’umuriro kuwa Gatanu tariki 3 Kanama ; Abavandimwe babo babarizwa mu kabyiniro ka Nutrition club bifuje kubafata mu mugongo babicishije mu gitaramo bateguye bakakita “Nutrition Friday Night”.
Mu kiganiro na IGIHE uhagarariye Nutrition Club Mbonigaba Felix, yatangaje ko bifuza gufata mu mugongo Down Town yibasiwe n’inkongi y’umuriro, bakanashimisha abari abakunzi bayo babicishije mu gitaramo bateguye, kizitabirwa na Tom Close ndetse n’abandi bahanzi bakomeye mu muziki nyarwanda.
Yakanguriye abakunzi ba muzika nyarwanda kwitabira icyo gitaramo giteganyijwe kuri uyu wa Gatanu tariki ya 10 Kanama kuva saa mbiri z’umugoroba (20h00) kugeza bukeye, kikazabera aho Nutrition Club ibarizwa ariho i Remera ku Giporoso.
|
[
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
3e510cb2075be1dfe54569559610a01e
|
keep
|
[] |
[
5.2,
6.4,
10,
10,
10,
10,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121013230223-crawl335/WIDE-20121013234631-02232.warc.gz
| 748,174,284 | 11,797 | 52,030 |
http://www.ruhagoyacu.com/spip.php?article4930
|
text/html
| 2012-10-14T00:14:09 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] |
[
0.9584,
0.0416,
0
] |
Shampiyona y’Icyiciro cya mbere mu mupira w’amaguru mu Rwanda irakomeza ku munsi wayo wa kabiri.
Kuwa Kabiri tariki ya 25/09/2012 hateganyijwe umukino umwe uzahuza ikipe ya AS Muhanga izaba yakira APR FC umukino ukazabera kuri Stade Regional i Nyamirambo kubera ikibuga cya AS Muhanga gikomeje gukorerwamo imirimo yo ku kivugurura.
APR FC Abahagaze duhereye ibumoso: Ntamuhanga Tumaini Titi, Emery Bayisenge, Yanick Mukunzi, Iranzi Jean Claude, Nshutinamagara Ismail Kodo
Abunamye duhereye ibumoso: Nsabimana Eric, Muganza Isaac, Bariyanga Hamdan, Ndori Jean Claude, Mubumbyi Bernabe na Hakizimana Fracois
AS Muhanga ikaba ifite inota 1 yakuye i Rubavu Imbere ya Etincelles FC mu gihe APR FC izaba ikinira ku kibuga yakuyeho amanota 3 ku mukino wa mbere ubwo yakinaga na Marines FC.
Kuwa kabiri tariki ya 25/09/2012
AS Muhanga vs APR FC (Regional)
Indi mikino yose ya Shampiyona ku munsi wa kabiri iteganyijwe kuwa gatatu tariki ya 26/09/2012.
Musanze FC ifite inota 1 yakuye ku Isonga FC izakira Etincelles FC kuri Stade Ubworoherane.
Espoir FC yatsinzwe umukino ubanza izakira Isonga FC ifite inota1 umukino uzabera i Rusizi.
Amagaju FC yibitseho amanota 3 yakuye imbere ya Rayon Sports i Nyanza ku munsi wa mbere, azakira Kiyovu Sports i Nyamagabe.
AS Kigali yavanye amanota 3 i Huye imbere ya Mukura Vs, izakira Rayon Sports kuri Stade Regional i Nyamirambo.
La Jeunesse izakira Mukura VS ku Mumena, naho Marines FC izakira Police FC i Rubavu, twabibutsa yuko Marines FC ariyo yahagaritse urugendo rwa Police FC rwo kwegukana igikombe cya Shampiyona yashize ya 2011-2012.
Dore uko amakipe ahura
Kuwa Gatatu tariki ya 26/09/2012
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"zho_Hans",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
ecd3345a923428e677c5bee2ef2099d7
|
keep
|
[] |
[
7.4,
9.8,
10,
10,
10,
9.5,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121103113015-crawl419/WIDE-20121103123721-04826.warc.gz
| 17,973,598 | 13,291 | 55,760 |
http://www.igihe.com/iyobokamana/muzika-66/umuhanzi-liliane-kabaganza-yasubitse-igitaramo-cyo-kumurika-album-ye-ya-mbere.html
|
text/html
| 2012-11-03T12:39:39 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] |
[
0.8351,
0.165,
0
] |
Nyuma y’igihe kinini nta makuru mashya atangariza abakunzi b’ibihangano bye, ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kane tariki ya 14 Nyakanga, Liliane Kabaganza yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru agira icyo avuga kuri album ye ya mbere ari kwitegura gushyira ahagaragara.
Kabaganza ni umuhanzikazi uririmba indirimbo zo guhimbaza Imana. Yamenyekanye cyane kubera imiririmbire ye yanyuze benshi, cyane cyane akaba azwi nk’uwahoze aririmba muri Rehoboth Ministries, ubu asigaye aririmba ku giti cye.
Mu kiganiro n’abanyamakuru, Liliane Kabaganza yatangaje ko ubundi igitaramo cyo kumurika album ye ya mbere cyari giteganyijwe ku itariki ya 07 Kanama uyu mwaka ariko kikaba cyahuriranye n’ikindi gitaramo cyateguwe n’umutwe w’abaririmbyi Ambassadors ufatanyije na Rehoboth Ministries, bityo akaba asanga ibyiza ari uko yakwimurira igitaramo cye ku yindi tariki azaba atangaza.
Uyu mutegarugori n’ubwo yamenyekanye cyane mu mutwe w’abaririmbyi Rehoboth Ministries wo muri Restoration Church, ngo hari n’andi makorali yagiye aririmbamo mu myaka igera kuri 22 avuga ubutumwa mu ndirimbo zihimbaza Imana.
Twabamenyesha ko album ye nshya izaba igizwe n’indirimbo 13, izigera ku 10 ziri mu Kinyarwanda naho izindi 3 ziri mu rurimi rw’igiswahili.
Hagati aho akaba yatangarije IGIHE.com ko itariki igitaramo cye cyimuriweho azaba ayimenyesha abakunzi b’abahanzi nyarwanda ndetse n’abakunzi be by’umwihariko.
Fotos : NF
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"glg_Latn"
] |
allowed
|
a2a17a85162ab023c764a3c618365ca7
|
keep
|
[] |
[
5.8,
7.3,
10,
10,
10,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121103113015-crawl419/WIDE-20121103123721-04826.warc.gz
| 416,501,891 | 13,346 | 50,308 |
http://www.igihe.com/ikoranabuhanga/internet/urubuga-rwa-wikipedia-rurahagarikwa-kuri-uyu-wa-gatatu.html
|
text/html
| 2012-11-03T13:09:37 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] |
[
0.9704,
0.0296,
0
] |
Abajyaga bifashisha imbuga za internet mu mirimo yabo ya buri munsi, ndetse no mu gutumanaho kwabo, bashobora guhura n’ingorane kubwo gufunga kwa hato na hato kw’imbuga za internet mpuzamahanga zikorera muri Amerika.
Wikipedia ikora mu rurimi rw’icyongereza irateganya kuba ivuye ku murongo kumunsi w’ejo kuwa gatatu mu rwego rwo kurwanya umugambi wa Guverinoma ya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, wiswe uwo kurwanya ubujura no kwikubira ibikorwa byakozwe n’abandi hakoreshejwe internet.
Abakorera uru rubuga rugaragara nka en.wikipedia.org/ iyo rufunguwe kuri internet, bari kurwanya umugambi witwa “Stop Online Piracy Act (Sopa)” ndetse n’uwitwa “Protect Intellectual Property Act (Pipa)” umugambi uri kwigwaho n’abagize inteko ishinga amategeko ya Amerika.
Uwashinze uru rubuga, Jimmy Wales, yatangarije BBC dukesha iyi nkuru ko abashyigikiye uyu mugambi bafata abatawushyigikiye nk’abantu bashyigikiye ukwiba ibihangano by’abandi ariko kubwe ngo siko biri.
Ati : "Ibi siko kuri, ukuri ni uko ibikubiye mumushinga w’itegeko bashaka gutora bikabije cyane kandi byanditse nabi cyane. Ibyo rero bishobora no kugira ingaruka ku bindi bintu byinshi muzi bidafite n’aho bihuriye n’ubujura bwo muri internet ndetse no kubuhagarika."
Zimwe mu mbuga za internet zikoreshwa ahanini n’amakuru zikura mu bazikoresha nka Reddit ndetse na blog Boing Boing, zikaba zatangaje ko zizifatanya na Wikipedia mu kurwanya uyu mugambi nazo zifunga ibikorwa byazo.
Nyamara ariko urubuga rwa Twitter rwo rukaba rwananiwe gufata uyu mugambi wo guhagarika gukora mu rwego rwo kurwanya umugambi wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika wo kugenzura no kwinjirira ibikorwa by’imbuga za internet byitwa ko ari ukugira ngo harwanywe ubujura bukoresheje internet (piracy).
Nyamara abashyigikiye uyu mugambi mu nteko ishinga amategeko ya Amerika, bo bavuga ko uyu mugambi uri mu rwego rwo gutuma amafaranga menshi adakomeza kujya ku mbuga za internet zitwa ko zidakora ibikwiye.
Iri tegeko riramutse ritowe, ngo ryahesha nyiri ukwandika, guverinoma ya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika cyangwa se undi wese waba ufite ububasha kubihangano, inyandiko, indirimbo, amafilime n’ibindi byinshi wasanga kuri internet, ububasha bwo gusaba inkiko gufunga urubuga.
Bishobora kandi gutuma abacuruza ibicuruzwa bya internet n’imbuga za internet, zikorera mu gihugu cy’Amerika, imikorere yabo ihinduka ndetse bikanahagarara kubera gutinya kuzisanga bahaye umurongo imbuga zikekwaho kujyira imikorere itemewe n’amategeko.
Uretse Wikipedia kandi ngo Google na Facebook nazo zihuje na Wikipedia kukudashaka ko iri tegeko ritorwa.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
0bdf1d5fec9be492367e0495ab0014c6
|
keep
|
[] |
[
5.8,
6.9,
10,
10,
10,
10,
10,
3,
0
] |
./WIDE-20121102043243-crawl419/WIDE-20121102045647-04655.warc.gz
| 793,753,503 | 11,947 | 39,457 |
http://www.igihe.com/imikino/volleyball/amarushanwa-ya-volleyball-abangamirwa-n-amakipe-y-abanyeshuri.html
|
text/html
| 2012-11-02T05:37:19 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] |
[
0.9852,
0.0148,
0
] |
Amarushanwa ya Volleyball mu Rwanda yitabirwa n’amakipe y’ibigo by’amashuri n’andi makipe bityo bigatuma arangwa no gusubikwa kwa hato na hato nko mu bihe by’ibiruhuko cyangwa ibizamini.
Mu kiganiro na IGIHE.com, umukinnyi w’Umunyarwanda wabigize umwuga ukinira mu Algeriya Ndamukunda Flavien, yatangaje ko abona urwego rwa Volleyball rwarasubiye hazi mu Rwanda. Yongera ho ko abona impamvu nyamukuru ari imitegurire idahwitse yo mu Ishyirahamwe rya Volleyballl mu Rwanda.
Ndamukunda yavuze ko usanga ingengabihe y’imikino iba idahamye, ndetse shampiyona ikarangwa no guhagarikwa kwa hato na hato.
Yemeza ko aheruka kubona Volleyball yo mu Rwanda ishyushye mbere y’uko we na bagenzi be berekeza muri Algeriya na Qatar. Ariko yemera ko mu Rwanda hari abakinnyi nka Nsabimana Eric uzwi ku izina rya Machine na Fred wa APR VC bagomba kujya ku rwego mpuzamahanga.
Ku rundi ruhande Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Ishyirahamwe rya Volleyball mu Rwanda Kubwimana Gertrude, yavuze ko uyu mukino utasubiye inyuma, ahubwo ko hari abantu bari bamenyereye abakinnyi bamwe bagiye gukina hanze maze bagakeka ko wasubiye inyuma.
Kubwimana yasobanuye neza ko hari n’irushanwa riterwa inkunga na SORAS rya Carré d’As ku matariki ya 20-21 Ukwakira 2012, rihuza amakipe 4 yabaye ayambere mu bagabo n’andi 4 yabaye ayambere mu bagore, bigaragaza ko amarushanwa atahagaze.
Yemera ko bishoboka ko amarushanwa runaka ahagarikwa cyangwa gusubikwa mu korohereza amakipe y’abanyeshuri, kuko bo baboneka mu gihe cy’amasomo.
U Rwanda nti rwitanbiriye amarushanwa yigikombe cy’Isi y’abakobwa batarengeje imyaka 19 aherutse kubera muri Canada, ku bera ko bimwe impapuro zibemerera kwijira muri Canada.
|
[
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
e9b0b484b822c112fefe240f1295375d
|
keep
|
[] |
[
6.1,
7.5,
10,
10,
10,
10,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121009073056-crawl339/WIDE-20121009074747-01433.warc.gz
| 644,894,622 | 4,907 | 14,455 |
http://orinfor.gov.rw/printmedia/topstory.php?id=4260
|
text/html
| 2012-10-09T08:36:04 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] |
[
0.9442,
0.0558,
0
] |
Viewed 285 Times
Polisi y’igihugu iratangaza ko ibabajwe n’urupfu rw’Umunyarwanda Sgt Bisangwa Hassan wari umupolisi muri Misiyo y’umuryango w’abibumbye mu kubungabunga amahoro muri Haiti.Umuvugizi wa Polisi Supt Theos BADEGE avuga ko uyu mupolisi yarashwe na mugenzi we ariko atabishaka.
Uru rupfu rw’uyu mupolisi uri mu butumwa bwo kubungabunga amahoro Sgt Bisangwa Hassan rwamenyekenye mu ijoro ryo kuri uyu wa gatatu.
Nk’uko umuvugizi wa Polisi Supt Theos BADEGE yabitangaje ngo uru rupfu rwatewe ahanini n’uko mugenzi we nawe ufite ipeti rya sgt yamurasaga isasu ariko atabigambiriye bityo uyu Hassan ahita yitaba Imana.
Kuri ubu Umuryango w’abibumbye ukaba wahise utangira iperereza kuri uru rupfu dore ko mugenzi we wamurashe atarashobora kuboneka aha ngo bakeka ko yatewe ubwoba n’ibyo yakoze akaba ariyo mpamvu yaba yarahise yihisha.
Supt Theos Badege akomeza avuga ko mu gihe umuryango w’abibumbye uzaba warangije iperereza,umurambo wa Nyakwigendera sgt HASSAN Bisangwa uzazanwa mu Rwanda.
Bisangwa Hassan w’imyaka 34 asize umugore n’abana babiri.yagiye mu butumwa bwo kubungabunga amahoro muri haiti m’ukuboza umwaka w’2011.
Abantu 172 nibo bamaze kwitaba imana kuva Loni yatangiza ubutumwa bw’amahoro muri Haiti mu mwaka wa 2004 gusa 102 bitabye imana mu mutingito wabaye muri 2010.
Iréné KIMENYI
|
[
"eng_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
adb93e28bcf3c3145c1e58af25c44e46
|
keep
|
[] |
[
5.7,
7.2,
10,
10,
10,
9.8,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121028141810-crawl417/WIDE-20121028150354-03605.warc.gz
| 46,290,042 | 8,457 | 33,355 |
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1207060224
|
text/html
| 2012-10-28T15:06:53 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] |
[
0.9232,
0.0768,
0
] |
Urukundo rwa Justin Bieber na Selena Gomez rwajemo agatotsi.
Umuhanzi Justin Bieber n’umukunzi we Selena Gomez muri iyi minsi urukundo rwabo rushobora kuba rwarajemo agatotsi. Mu mezi make ashize aba bahanzi bombi bashatse gutandukana inshuro nyinshi bakongera bakiyunga ariko urukundo rwabo ntirugishinze imizi nka kera.
Aba bana basangiye urukundo igihe kirekire.
Amakuru dukesha TMZ avuga ko Justin Bieber n’umukunzi we Selena Gomez ngo ntabwo urukundo rwabo ruzamara igihe kirekire umwuka uri hagati yabo ni ukomeza gutya. Iki kinyamakuru cyandikirwa muri Amerika cyatangaje ko mu cyumweru gishize Justin na Gomez bari bafashe umwanzuro wo guhagarika ibyo gukundana , nyuma basubira ku mwanzuro mubi bari bafashe biyemeza kongera gukundana nkuko byari bisanzwe.
Umwe mu nshuti za hafi waganiriye na TMZ yavuze ko n’ubwo bereka abafana babo ko urukundo rumeze neza hagati yabo, ngo urukundo rwabo ntabwo ruzashinga imizi nkuko bakundaga mu mwaka wa 2011 dore ko bamaze umwaka umwe n’igice bakundana.
Selena Gomez n'umukunzi we Justin Bieber barakundanaga benshi bakabikunda.
News de star, yanditse ivuga ko Justin Bieber aherutse kujya mu kiganiro kuri televiziyo imwe batavuze izina, maze aririmba indirimbo Rupture(gutandukana) ya Usher. Benshi baketse ko yayirimbiye Gomez umukunzi. Uyu mukobwa urusha Justin imyaka 2 y’amavuko nawe amaze iminsi asohoka wenyine ndetse akaba yaritabiriye umunsi w’amavuko wa Ashley Tisdale(umukinnyi wa film zisekeje) ari wenyine.
Kugeza ubu, Justin Bieber n’umukunzi we Slena Gomez nta kintu na kimwe baratangaza kuri aya makur yatangajwe bwa mbere na TMZ. Mu bitekerezo byatanzwe kuri iyi nkuru hirya no hino ku mbuga za interineti, abafana b’aba bahanzi bombi ntibishimiye iyi nkuru mbi dore ko urukundo rwabo rwishimirwaga na benshi.
Barasohokanaga kenshi ariko ubu buri wese agenda wenyine.
Bieber w’imyaka 18 yatangiye gukundana na Selena Gomez w’imyaka 20 mu mwaka wa 2010 ari nabwo Justin Bieber yari atangiye kugira imbaga y’abafana mu nguni zose z’isi.
Amafoto: Interineti
Munyengabe Murungi Sabin.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"jav_Latn"
] |
allowed
|
8d230f9ec9225821b1883864f7e6ae2e
|
keep
|
[] |
[
5.3,
6.2,
10,
10,
10,
10,
10,
3,
0
] |
./WIDE-20121028141810-crawl417/WIDE-20121028150354-03605.warc.gz
| 292,228,369 | 10,202 | 37,880 |
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1207300122
|
text/html
| 2012-10-28T15:18:34 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] |
[
0.8561,
0.1439,
0
] |
Matete Ruth niwe wegukanye irushanwa rya Tusker Project Fame 5.
Byari ibyishimo n’umunezero kuri Matete ubwo byari bimaze gutangazwa ko ari we wegukanye irushanwa rya Tusker Project Fame ku nshuro yaryo ya gatanu.
Matete Ruth.
Hari hashize ibyumweru umunani iri rushanwa rya Tusker Project Fame ku nshuro ya gatanu riri kuba. Abarushanwaga bose hamwe bari 15 kuva ubwo iri rushanwa ryatangiraga gusa muri iyi minsi yose ryari rimaze umunyakenyakazi Matete Ruth ni we wabaye indashyikirwa kurusha abandi bityo akaba ari we watsinze.
Ubwo yazamukaga ku rubyiniro(stage) ibyishimo byari byamurenze nkuko ikinyamakuru mwakilishi dukesha iyi nkuru cyabitangaje. Matete yegukanye miliyoni 5 z’amashiringi yo mu gihugu cya Kenya hiyongeraho kontaru yo gukora indirimbo ifite agaciro ka miliyoni 10 z’amashiringi ya Kenya.
REBA HANO UKO BYARI BYIFASHE MU CYUMWERU GISHIZE:
Mu ijoro ryakeye, ni bwo Matete w’imyaka 26 y’amavuko yatsinze iri ryshanwa ahita ashimira Imana kuba yaramushoboje gutsinda bagenzi be kandi ngo ntibyari byoroshye na gato dore ko abo yari ahanganye nabo mu cyiciro cya nyuma ni abahanga ku buryo bugaragara bityo bikaba bitari byoroshye guhitamo uwatsinze iri rushanwa.
Mu cyiciro cya nyuma hari hasigayemo abahatana bane. Umurundi Joe yaje ari uwa kane, akurikirwa n’umunyarwanda Jackson Kalimba waje ari uwa gatatu, ku mwanya wa kabiri hari Dorreen, ku isonga hakaba haje umunyakenyakazi Matete Ruth.
Uyu mukobwa Dorreen yari yarahawe akabyiniro ka Miss Probation kubera uburyo inshuro nyinshi kandi zikurikiranyije yashyirwaga mu isuzumiro(probation). Byatunguye benshi kuba yageze mu cyiciro cya nyuma ndetse akegukana umwanya wa kabiri muri iri rushanwa.
REBA UKO UYU MUKOBWA YARIRIMBYE MU CYUMWERU GISHIZE. YATOWE ABISHOBOYE:
Umunyarwanda rukumbi wari usigaye muri iri rushanwa yatunguye benshi kuri uyu munsi hatangajwe uwatsinze irushanwa dore ko ari we wahabwaga amahirwe yo kuryegukana bitewe n’ubuhanga budasanzwe yagaragaje kuva iri rushanwa ryatangira. N’ubwo Kalimba Jackson aje ku mwanya wa gatatu yeretse abanyamahanga ko afite impano idasanzwe muri muzika, mu gucuranga gitari, kwandika indirimbo ndeste no kuririmba mu buryo bwa live.
Munyengabe Murungi Sabin.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"nso_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"jav_Latn"
] |
allowed
|
8e17b91e8369d37750b229fa87980036
|
keep
|
[] |
[
5.3,
6.2,
10,
10,
10,
10,
10,
3,
0
] |
./WIDE-20121028141810-crawl417/WIDE-20121028150354-03605.warc.gz
| 308,629,737 | 11,430 | 43,206 |
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1208230346
|
text/html
| 2012-10-28T15:19:42 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] |
[
0.6345,
0.3655,
0
] |
P-Square ngo yatanzeho igitambo nyina muri illuminati(AMAFOTO)
Ku itariki ya 2/8/2012 nibwo nyina wa P-Square yashyinguwe. Nyuma y’iminsi mike uyu mubyeyi avuye ku isi biravugwa ko abana be baba baramutanzeho igitambo kugira ngo binjire mu itsinda rya Illuminati.
Nkuko bitangazwa na bimwe mu bitangazamakuru byo muri Nigeriya harimo na naijagists.com avuga ko abasore bagize P-Square baba baremeye gutanga nyina wababyaye ho igitambo kugira ngo bajye mu itsinda ry’abantu batemera Imana(Illluminati) kandi babona ubukungu, gukundwa n’imbaga y’abafana n’imitsindo kurusha abandi.
Josephine Okoye, nyina wa P-Square yitabye Imana ahagana ku isaha ya saa tanu z’ijoro, hari kuwa gatatu tariki ya 11/7/2012. Josephina yavuyemo umwuka nyuma y’amasaha atanu yari amaze abazwe umutima mu bitaro bya Apollo Hospital byo gihugu cy’Ubuhinde.
REBA HANO INDIRIMBO BEAUTIFUL ONYINYE YA P-SQUARE ft Rick ROSS:
N’ubwo aya makuru avuga ko P-Square yemeye guheba nyina ikabona abafana n’ubukungu binyuze muri Illuminati, aba basore nta kinyamakuru na kimwe bigeze bemerera ibjyanye n’aya makuru bo bita ibihuha. P-Square ngo bagerageje kuvuza nyina mu bitaramo bikomeye ku isi harimo n’ibitaro bikomeye bya Kolkata mu Buhinde.
Gusa ibi abanyanijeriya ntibabikozwa dore ko bamwe bemeza ko gukundwa aba bahanzi batangiye kubona ku matereviziyo akomeye yo ku isi, ngo waba ari umusaruro w’urupfu rwa nyina wabo.
Nyakwigendera Josephine Okoye yatabarutse assize umuryango ugizwe n’umugabo we n’abana: Ifeanyi, Jude, Mary, Henry, Lillian, Tony, Peter , Paul n’umwuzukuru umwe w’umuhungu.
REBA UKO ABA BYARI BYIFASHE MU MAFOTO UYU MUBYEYI ASHYINGURWA:
Umbyeyi wabo yabasize mu gahinda n'ubwo bivugwa ko bamutanzeho igitambo.
P-square batwaye isanduku irimo umurambo wa nyina.
P-Square yashyinguye nyina wababyaye. Ese koko aba basore bamutanzeho igitambo?
Munyengabe Murungi Sabin.
|
[
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"jav_Latn"
] |
allowed
|
1e99f4750d12f7398c8cc8b8a3498c28
|
keep
|
[] |
[
5.4,
6.7,
10,
9.7,
10,
10,
10,
2,
0
] |
./WIDE-20121028141810-crawl417/WIDE-20121028150354-03605.warc.gz
| 343,457,820 | 7,569 | 30,861 |
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1206130452
|
text/html
| 2012-10-28T15:20:53 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"swh_Latn"
] |
[
0.9906,
0.0094,
0
] |
Kanye West arifuza ko Kim Kardashian yamubyarira umwana.
Urukundo rwa Kanye West na Kim Kardashian rugeze aharyoshye kugeza ubwo Kanye West yifuza ko uyu mukobwa yamubyarira akana mbere y’uko bashiyngiranwa.
Kanye West na Kim.
Aba bombi urukundo rwabo ruri ku muvuduko wo hejuru cyane ugereranyije n’amezi make ashize batangiye gukundana. Ibi byose bivuzwe, nyuma y’uko aba bombi batangaje ko bifuza kujya kubana mu nzu imwe none barifuza no kubona akana.
Umwe mu nshuti za hafi z’umuraperi Kanye West, yatangarije ikinyamakuru US Weekly ko uyu musore yifuza ko Kim Kardashian yamubyarira umwana mu gihe batarashakana ndetse ngo arabyifuza cyane. Yagize ati : « Ahora avuga ko ashaka gushyingiranwa na Kim. Umukunzi we nawe ntabwo yakwanga icyifuzo cya Kanye West kuko bimeze neza hagati yabo. »
Uyu muntu yakomeje avuga ko Kanye West ahora ababwira ko azimira kubona Kim Kardashian atwite. Ati : « Avuga ko yifuza kubyarana na Kim. Ngo azishima cyane ni abona Kim Kardashian atwite. »
N’ubwo hari abavuga ko Kanye West n’uyu mukobwa urukundo rwabo rutazaramba, ngo bakundanye kuva kera n’ubwo batigeze babishyira ahagaragara nkuko iki kinyamakuru US Weekly cyakomeje kibivuga. Kanye West n’umukunzi we Kim, ngo bazakora uko bashoboye bacecekeshe umuntu wese uzashaka kwivana mu rukundo rwabo.
Kim Kardashian n'uwahoze ari umugabo we Kris. Ibi ntacyo bibwiye Kanye West.
Twabibutsa ko Kim akundanye na Kanye West nyuma yo gutandukana n’umugabo we Kris Humphries. Ibi byose ngo ntacyo bibwiye Kanye West kuba akundana n’umugore watandukanye n’undi mugabo.
Soma inkuru ivuga ko Kim Kardashian yahaye Kanye west impano y'imodoka ifite agaciro ka 462,750,000 ku isabukuru ye y'amavuko.
Source : US Weekly
Munyengabe Murungi Sabin.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"swh_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"eng_Latn",
"jav_Latn"
] |
allowed
|
1bbebe8c62bb52fc281ff46bc7879bf2
|
keep
|
[] |
[
6.1,
7.4,
10,
10,
10,
10,
10,
2,
0
] |
./WIDE-20121028141810-crawl417/WIDE-20121028150354-03605.warc.gz
| 450,679,413 | 7,343 | 30,015 |
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1207200458
|
text/html
| 2012-10-28T15:25:05 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] |
[
0.9898,
0.0102,
0
] |
Morgan Freeman yatanze akayabo ka miliyoni y'amadorali kugira ngo Obama yongere atorwe.
Umukinnyi wa filime rurangiranwa ku isi Morgan Freeman yiyongereye ku rurtonde rw’ibyamamare byiyemeje gushora amafaranga kugira ngo Barack Obama yongere atorerwe kuyobora Leta zunze ubumwe za Amerika.Freeman akaba yatanze akayabo ka miliyoni imwe y’amadorali mu rwewgo rwo gufasha ibikorwa byo kwamamaza Obama.
Mu itangazo Freeman yashyize ahagaragara abinyujije ku muvugizi we Stan Rosenfeld yagize ati:”Perezida Obama yakoze akazi katoroshye atitaye ku bimunaniza byose.Yarangije intambara yo muri Irak,yasigasiye agaciro k’idorali,yakijije umwenda w’inganda z’amamodoka,n’ibindi ntarondora”
Aya mafaranaga Freeman akaba yarayahaye ishyirahamwe ryamamaza Obama ryitwa Priorities USA.Umuyobozi w’iri shyirahamwe Bill Burton yashimiye Morgan Freeman kuri iki gikorwa cy’ubutwari mu gushyigikira Brack Obama.
Mu bindi byamamare bimaze gutera inkunga igikorwa cyo kwamamaza Obama ni nka Jeffrey Katzenberg umuyobozi wa Dreamworks Animation watanze agera kuri miliyoni ebyir z’amadorali,Steven Spielberg watanze amadorali ibihumbi 100.
Kugeza ubu ibyamamare byo muri Leta zunze ubumwe za Amerika haba abakinnyi ba filime,abahanzi,abakinnyi ndetse n'abandi bakomeje gushyigikira Obama mu matora zaba mu mwaka utaha.
Tubabwire kandi ko Morgan Freeman muri filime Deep Impact yo mu 1998 yakinnyemo ari perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika.
Source: 7sur7
Robert Musafiri.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"fra_Latn",
"swh_Latn"
] |
allowed
|
3b6bc7c87cd692b87668ef45061659bd
|
keep
|
[] |
[
8.2,
10,
10,
10,
10,
10,
10,
2,
0
] |
./WIDE-20121028141810-crawl417/WIDE-20121028150354-03605.warc.gz
| 620,531,136 | 7,382 | 30,100 |
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1208030302
|
text/html
| 2012-10-28T15:30:50 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] |
[
0.7782,
0.2218,
0
] |
Nyina wa Michael Jackson yabaye ahawe inshingano zo kurera abuzuzukuru be.
Katherine Jackson, nyina wa W’umwami wa Pop, Nyakwigendera Michael Jackson yabaye ahawe kongera kurera abana ba Jackson mu gihe hategerejwe icyemezo cy’urukiko cyemeza ko umwuzukuru we TJ mwene Tito Jackson cyemeza ko bafatanya kurera aba bana.
Mu cyumweru gishize, TJ umuhungu wa Tito, umwe mu bavandimwe ba Michael Jackson, niwe wari wahawe by’agateganyo kurera abana Prince Michael w’imyaka 15 ans, Paris w’imyaka 14 na Blanket w’imyaka 10 nyuma yo kubura igihe kinini kwa Katherine, wari wigiriye kuruhuka akamara iminsi igera ku icumi (10) ari muri Arizona.
Abanyamategeko ba TJ, kuri ubu ufite imyaka 34 n’aba Nyirakuru Katherine w’imyaka 82 kuri uyu wa Kane bakaba baratanze imbere y’urukiko rukuru rw’ i Los Angeles, ibirego bisa aho buri ruhande rwasabaga ko rwahabwa ububasha bwo kurera abana.
Uru rubanza rwimuriwe kuwa 22 Kanama aho urukiko ruzafata icyemezo k’uzahabwa uburenganzira ntakuka bwo kurera aba bana. Gusa kugeza ubuTJ azaguma kwitwa Umurinzi w’agateganyo "gardien provisoire".
Ku ruhande rwa Nyirakuru w’aba bana nawe kandi ahamya ko uyu TJ, yakomeje kuba hafi kuva aba bana bakwitwa Imfubyi, akaba yagize ati: “Ndi hafi, kandi nabaye kenshi hafi y’umwuzukuru wanjye TJ kandi naramwifashishaga cyane kugirango mbashe kurera Prince, Paris na Blanket kuva ku rupfu rwa se”.
Ibi akaba yabitangarije mu rukiko. Bikaba byerekana ko usibye kuba baharanira kuba bahabwa aba bana, yemera ibikorwa bye.
Source: Tmz
Jean Paul IBAMBE.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"eng_Latn",
"sag_Latn"
] |
allowed
|
e4e5a48d3ec637d51e5c2c3a5ab5dea3
|
keep
|
[] |
[
5.7,
7.2,
10,
9.8,
10,
10,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121028141810-crawl417/WIDE-20121028150354-03605.warc.gz
| 641,170,612 | 7,500 | 30,375 |
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1209040414
|
text/html
| 2012-10-28T15:32:18 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"tat_Cyrl"
] |
[
0.7793,
0.2207,
0
] |
Hakozwe Filime irwanya ikoreshwa rya Internet na telephone
Mu rwego rwo kurwanya ikoreshwa rikabije rya internet ndetse na telephone usanga byaratwaye imitwe n’imitima y’abantu benshi muri iki gihe,hamaze gusohoka filime igamije kwerekana ingaruka mbi z’ibyo benshi bita iterambere mu ikoranabuhanga.
Muri iyi filime yitwa “Disconnected” hagaragaramo uburyo abantu baba bashishikajwe n’ikoranabuhanga,gushakisha amakuru menshi y’ibibera ku isi kuburyo usanga abantu batagiha agaciro bagenzi babo ndetse n’Imana ahubwo ugasanga bizera ibyuma by’ikoranabuhanga n’itumanaho.
Muri iyi filime hagaragaramo umunyamakurukazi wa televiziyo ukora ubushakashatsi ku bana b’abahungu babiri baba biba amafaranga babinyujije kuri internet aho nawe akoresha urubuga rwa Facebook bikazageza aho umwe muri aba bana amwemerera ko ayo mafaranga bayiba aho FBI nayo ikoresha ikoranabuhanga ikamenya ibyo baganiriye n’aba bana.
Muri iyi filime kandi harimo ababyeyi babiri bapfusha umwana wabo w’ikinege maze mu rwego rwo kwiyibagiza aka gahinda akajya aganira kuri Facebook(guchatinga)n’abantu atazi biyita ko bagize ibibazo nk’ibye. Biza kurangira aba bantu bamwibye amafaranga ye yose aba atunze kuri konti ye yo muri banki bituma urugo rwabo rusenyuka.
Bamwe mu bantu bari bitabiriye igikorwa cyo kwerekana iyi filime ku mugaragaro bagize bati:”Ibi birakabije!uzi ko twumva dushaka gufunga Facebook zacu no kujugunya telefoni zacu!iyi filime ikoranye ubuhanga”.
Abantu benshi bakaba bemeza ko inyigisho zikubiye muri iyi filime ntacyo zizamara kuko muri iyi minsi abantu benshi bakataje mu gukoresha ikoranabuhanga n’itumanaho ku buryo usanga bamwe bemeza ko batabaho batabikoresha.
Source: The Sun.
M.Karim
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"eng_Latn",
"min_Latn"
] |
allowed
|
a522e5bc8612114d61f6e68fbf8afa22
|
keep
|
[] |
[
5.2,
6.4,
10,
10,
10,
10,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121028141810-crawl417/WIDE-20121028150354-03605.warc.gz
| 659,150,038 | 8,855 | 36,258 |
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1208031127
|
text/html
| 2012-10-28T15:33:51 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] |
[
0.9003,
0.0997,
0
] |
Reba amafoto y'ishyingurwa rya nyina wa P-Square hano.
Ku munsi nibwo P-Square bashyinguye umubyeyi wabo Josephine Okoye watabarutse bakimukunda ndetse nawe akaba yarabahozaga ku mutima mu muziki wabo.
PSquare basezera ku murambo wa nyina.
Imihango yo gushyingura nyakwigendera wabereye ahitwa Akwa Village muri Anambra ho muri Nigeria. Mbere yo guherekeza nyakwigendera Josephine Okoye habanje kuba amasengesho yo gusabira uyu mubyeyi ngo aruhukire mu mahoro y’Imana. Umuhango wo gusengera Josephine Okoye wabereye muri Kiriziya ya Mutagatifu Gaburiheli.
Umurambo wa nyakwigendera.
Aha uyu nyakwigendera yashyinguwe ni naho habereye umuhango wa gusangira nyuma yo kumuherekeza nkuko Nigeria Entertainment yabitangaje yabitangaje. Muri uyu muhango harimo abahanzi batandukanye, inshuti z’uyu muryango, abaturanyi n’abandi bakundaga uyu mubyeyi akiri ku isi.
Uyu ni se wa PSquare ari na we wari umufasha wa nyakwigendera.
Twabibutsa ko nyina wa P-Square yitabye Imana ahagana ku isaha ya saa tanu z’ijoro, hari kuwa gatatu tariki ya 11/7/2012. Josephina yavuyemo umwuka nyuma y’amasaha atanu yari amaze abazwe umutima mu bitaro bya Apollo Hospital byo gihugu cy’Ubuhinde.
May D nawe yari ahari.
Jude Okoye agera ku rusengero ahabereye amasengesho yo gusabira uyu mubyeyi.
Paul Okoye,umwe mu bagize Psquare. Hano yari aje ku rusengero mu masengesho yo gusabira umubyeyi we.
Abaje gushyingura nyakwigendera basigaranye agahinda.
Munyengabe Murungi Sabin.
|
[
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"jav_Latn"
] |
allowed
|
f70f9fe0debcce41b7cd0acef56a9371
|
keep
|
[] |
[
6.2,
7.5,
10,
10,
10,
10,
10,
2,
0
] |
./WIDE-20121028141810-crawl417/WIDE-20121028150354-03605.warc.gz
| 661,957,221 | 8,065 | 34,188 |
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1208051026
|
text/html
| 2012-10-28T15:34:02 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] |
[
0.9671,
0.0329,
0
] |
Kim Kardashian yagabanutse ibiro kubera akabariro ka Kanye West.
Icyamamare ku matereviziyo no mu bitangazamakuru byo ku isi, Kim Kardashian yagabanutseho ibiro bitatu n’igice kimwe kubera guterwa akabariro cyane n’umukunzi we Kanye West.
Uyu mukobwa yagabanutse ibiro 3 mu minsi irindwi gusa kubera akabariro kenshi. Hano ni ku munsi w'ejo yari ku mucanga wa Miami Beach.
Mu minsi mike ishize nibwo uyu mukobwa Kim Kardashian,akaba n’umukunzi wa Kanye West yatakaje ibiro bitatu n’igice kimwe mu gihe gito cyane kandi nta siporo cyangwa akazi gakomeye yakoraga muri iyi minsi. Bamwe mu nshuti magara za Kim batangarije ikinyamakuru Daily News ko uyu mukobwa yazize gukora imibonano mpuzabitsina inshuro nyinshi.
Umwe muri abo bakobwa bagenzi ba Kim yagize ati: “Twe turemeza ko ibiro bye byagabanutse kubera kuryamana na Kanye. Iyo umwe muri twe aramutse akoze imibonano cyane calories ziragabanuka ndetse akabura appétit. Kubura ibiro 3,1 mu minsi irindwi ntabwo byumvikana. Byatewe nyine no gukora urukundo cyane(kuryamana na Kanye west cyane).”
Kanye West akunda Kim Kardashian ameze atya. Ntashaka ko ananuka.
N’ubwo uyu mukobwa yatakaje ibiro mu gihe gito, ntabwo umukunzi we Kanye West ajya yishimira ko uyu mukobwa yananuka na gato. Uko ateye muri iki gihe yumva ariko yagakwiye kuguma dore ko Kanye West ahora musaba gukora ibishoboka byose kugira ngo agume uko ameze.
Munyengabe Murungi Sabin.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"jav_Latn"
] |
allowed
|
4dc9d298c8d9a63970e796fe967b9457
|
keep
|
[] |
[
6,
7.4,
10,
10,
10,
10,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121028141810-crawl417/WIDE-20121028150354-03605.warc.gz
| 669,494,256 | 7,121 | 29,638 |
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1206240658
|
text/html
| 2012-10-28T15:34:45 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] |
[
0.9629,
0.0371,
0
] |
Imbwa yitwa Mugly niyo yatsinze amarushanwa y'imbwa mbi kurusha izindi ku isi.
Imbwa itagira ubwoya yo mu gihugu cy’ubwongereza ifite izina rya Mugly niyo yatorewe kuba imbwa mbi ku isi. Ibi byabereye mu marushanwa y’imbwa mbi yabereye muri Reta zunze ubumwe za Amerika kuri uyu wa Gatanu w’icyumweru turangiza.
Iyi niyo mbwa mbi ku isi.
Iyi mbwa yegukanye iri kamba ry’ububi, ifite imyaka 8. Ikaba yabashije guhigika imbwa zigera kuri 2 zari zihanganye mu marushanwa y’ububi bw’imbwa.
Ubwo iyi mbwa yari imaze gutorwa nyirayo ariwe Bev Nicholson, yatangaje ko n’ubwo iyi mbwa ye ari mbi inyuma imbere ari nziza.
Iyi mbwa yatsinze amarushanwa yabashije kwegukana amadorali igihumbi ndetse inahabwa igikombe.
Bev Nicholson n'imbwa ye.
Source: Belga.be.
Jean Paul IBAMBE.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"dyu_Latn",
"eng_Latn",
"sag_Latn"
] |
allowed
|
f4a35c7971c24d2f90fbd9b4b7cbf5fc
|
keep
|
[] |
[
6.2,
7.9,
10,
9.8,
10,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121115214337-crawl418/WIDE-20121115231138-05350.warc.gz
| 741,547,075 | 10,988 | 39,326 |
http://ijwiryarubanda.com/tag/uwizeye-immaculee/
|
text/html
| 2012-11-16T00:29:33 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] |
[
0.9912,
0.0088,
0
] |
Uko abapolisi bafashe Madamu Immaculee UWIZEYE, Umunyamabanga Mukuru w’ishyaka PS Imberakuri.
Abarwanashyaka b’amashyaka aharanira demokarasi mu Rwanda barakomeza gutotezwa no guterwa ubwoba.
Muri iki gitondo cyo ku cyumweru tariki ya 09/09/2012, abapolisi bo mu ishami rya CID bagabye igitero mu rugo rwa Madamu Immaculee UWIZEYE, Umunyamabanga Mukuru w’ishyaka PS Imberakuri. Abo bapolisi bagiye iwe bari mu mamodoka atatu, ariko hari andi abiri ngo yari muri stand-by ku gasantere k’aho hafi.
Abakurikiye icyo gitero batubwiye ko abapolisi batwaye Madamu Immaculee Uwizeye n’umugabo we, babajyana kuri stasiyo ya polisi y’i Remera.
Ntituramenya impamvu babafashe.
Tubibutse ko ejobundi nijoro aribwo bajugunye Bwana Alexis Bakunzibake, Visi-Perezida w’iryo shyaka PS Imberakuri, mu gishanga cyo muri Uganda bari bamaze iminsi ibiri baramushimuse.
Twibutse kandi ko ejo kuwa gatandatu aribwo bafashe Umunyabanga Mukuru w’ishyaka FDU-Inkingi Bwana Sylvain Sibomana n’Umuyobozi wa FDU-Inkingi mu mujyi wa Kigali Bwana Martin Ntavuka, bakabafungira kuri stasiyo ya polisi i Muhanga kandi bakanga kuvuga icyo babahoye.
Ni ukubitega amaso, no gushyigikira impirimbanyi za demokarasi mu Rwanda.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
af3ea3bcb12eecf413095e219099a5f8
|
keep
|
[] |
[
8,
9.7,
10,
10,
10,
10,
10,
2,
0
] |
./WIDE-20121124210227-crawl419/WIDE-20121124220049-06380.warc.gz
| 64,343,402 | 11,663 | 38,999 |
http://www.igihe.com/amakuru/muri-afurika/nigeria-abanyeshuri-barenga-40-bahitanywe-n-abiyahuzi.html
|
text/html
| 2012-11-24T22:11:46 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] |
[
0.9882,
0.0118,
0
] |
Tariki ya 2 Ukwakira ntiyahiriye abanyeshuri barenga 40 mu majyaruguru ya Nigeria, aho bagabweho igitero simusiga n’abantu bitwaje intwaro mu mujyi Mubi.
Amakuru dukesha urubuga rwa internet rwa BBC avuga ko iki gitero cyagabwe muri kaminuza yitwa Polytechnic Mubi, aho abanyeshuri barara ku buryo hari n’abemeza ko abarenga 40 bapfuye.
Ibi bitero bije nyuma y’iminsi mike ingabo za Nigeria zihiga bukware inyeshyamba zo mu mutwe wa Boko Haram, muri uyu mujyi wa Muba.
Umwe mu barimu bigisha muri iyi kaminuza utashatse kwivuga amazina ye, yatangarije BBC ko abantu baje bambaye imyenda ya gisirikare babanje gusaba aba banyeshuri kujya ku murongo, ubwo bahita batangira kubarasa abandi babicisha ibyuma.
Bamwe mu batuye mu Mujyi wa Mubi, batangaje ko mu ijoro bumvise amasasu yamaze amasaha abiri kuri iri shuri, kandi ngo abagerageje gutabara nabo bakaba bararashweho n’aba bantu.
Umunyamakuru wa BBC Will Ross uri muri uyu mujyi, aratangaza ko aba bantu bitwaje intwaro nyuma yo kugaba ibi bitero, bahise barasa iminara ya telefoni iri muri uyu mujyi, kuburyo ngo n’abaje batabaye babuze itumanaho ryo kwifashisha.
Umujyi wa Mubi, uherereye muri Leta ya Adamawa ukaba utuwe n’Abayisilamu ndetse n’Abakirisitu. Mu mwaka wa 2009 umutwe wa Boko Haram wagiye ugaba ibitero muri uyu mujyi, ndetse abarenga 1,000 bamaze kwivuganwa n’uyu mutwe.
|
[
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
e460d792dab71b9d0934f1a9e5571a42
|
keep
|
[] |
[
5.6,
7,
10,
10,
10,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121124210227-crawl419/WIDE-20121124220049-06380.warc.gz
| 70,883,658 | 15,112 | 63,927 |
http://www.igihe.com/amakuru/muri-afurika/u-burundi-bwasabye-kwinjira-mu-muryango-wa-commonwealth.html
|
text/html
| 2012-11-24T22:12:45 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kik_Latn"
] |
[
0.9652,
0.0348,
0
] |
U Burundi bwasabye kwinjizwa mu muryango w’ibihugu bikoresha ururimi rw’Icyongereza, umuryango ugizwe ahanini n’ibihugu byahoze bikolonizwa n’Abongereza.
Nk’uko tubikesha BBC, igihugu cy’u Burundi cyakiriwe cyazaba ari icya kabiri mu biherereye mu karere k’Ibiyaga Bigari, ubusanzwe byakoreshaga ururimi rw’Igifaransa, gisabye kwinjira muri uyu muryango.
U Rwanda rwinjiye muri Commonwealth nk’igihugu cya 54 mu mwaka wa 2009.
U Burundi bushyize ahagaragara icyifuzo cyabwo mu gihe hateganijwe inama ihuza ibihugu bikoresha ururimi rw’igifaransa i Kinshasa muri RDC kuva tariki ya 12 kugeza ku ya 14 Ukwakira uyu mwaka.
Kuri uyu wa mbere, Ali Bongo, Perezida wa Gabon nka kimwe mu bihugu biri mu muryango w’ibihugu bikoresha igifaransa muri Afurika yatangaje ko yifuza gutangiza imikoresherezwe y’Icyongereza mu gihugu cye afatiye urugero ku Rwanda.
Igihugu cya Gabon kirashaka ko ururimi rw’Icyongereza na rwo ruba urukoreshwa mu gihugu ku rwego rumwe n’Igifaransa.
Biteganijwe ko kuri uyu wa gatanu Perezida Ali Bongo yakirwa mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi ibiri ku butumire bwa mugenzi we w’u Rwanda Paul Kagame.
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
c323d93d6a83e3e6f29a0ea6bb0c3477
|
keep
|
[] |
[
5,
6.5,
10,
10,
9.6,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121004102112-crawl335/WIDE-20121004110040-01339.warc.gz
| 326,346,459 | 11,841 | 51,582 |
http://ruhagoyacu.com/spip.php?article3702
|
text/html
| 2012-10-04T11:10:27 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] |
[
0.9992,
0.0008,
0
] |
N Madjaliwa
Amateka akomeje gukorwa, ibitego bitanu bya Lionel Messi ubwo FC Barcelona yatsindaga ibitego 7-1 ikipe ya Bayern Leverkusen mu ijoro ryo kuwa gatatu tariki ya 7/03/2012, byatumye uwo mukinnyi ukomoka mu gihugu cya Argentine, yandikisha amateka mu gitabo cya Uefa Champions league.
Dore bimwe mu byo Lionel Messi amaze gukora mu mibare
3 – Messi amaze gutsinda ibitego bitatu mu mukino umwe (hat tricks) muri Uefa Champions League, inshuro eshatu, akaba amaze kugera ikirenge ku bakinnyi bigeze gukora gutyo mu bihe byashize, nka Filippo Inzaghi. Na bandi bakinnyi batatu nabo babigezeho bakinira ikipe ya FC Barcelona (Rivaldo, Ronaldinho na Samuel Eto’o) Messi we icyo abarusha nuko yatsinze hat tricks ebyiri muri sezo imwe ya Uefa Champions league.
3 – Umunyargentina Messi niwe mukinnyi wegukanye igihembo cy’umukinnyi w’umuhanga ku isi, akaba yaramaze guca agahigo kigeze gukorwa n’abandi bakinnyi bakera begukanye icyo gihembo inshuro 3 Michel Platin, Johan Cruyff na Marco Van Basten we akaba abigezeho afite imyaka 24 y’amavuko.
4 – Messi niwe watsinze ibitego byinshi muri Uefa Champions league mu myaka itatu ishize yikurikiranya. Nubu niwe uyoboye urutonde rw’abamaze kwinjiza ibitego byinshi ubu, aho amaze kugeza ibitego , aramutse arangije ari ku mwanya wa mbere yaba aciye agahigo kashyizweho n’umukinnyi wa Bayern Munich Gerd Muller, niwe wabashije kwinjiza ibitego byinshi inshuro 4 yikurikiranya muri Uefa Champions League.
5 – Messi niwe mukinnyi wa mbere ubashije kwinjiza ibitego bitanu mu mukino umwe wa Uefa Champions league.
6 – Messi wavukiye Rosario amaze kwinjiza ibitego mu marushanwa atandatu atandukanye muri iyi Sezo ari kumwe na FC Barcelona ; La Liga, Copa del Rey, Spanish Supercopa, Uefa Super Cup n’igikombe cy’isi cyama Club, hamwe na Uefa Champions league; rekodi yigeze gukorwa n’umukinnyi witwa Pedro mu mwaka 2009.
12 – Messi amaze kugeza ku bitego 12 muri champions league iyi sezo, agejeje ku bitego yarangije afite muri sezo ishize, ibitego 12 kandi byigeze kugerwaho na Ruud Van Nistelrooy muri sezo yo mu 2002-03 – ikipe ya FC Barcelona iramutse igeze ku mukino wa nyuma, harabura imikino itanu.
18 – Kuva yatangira gukinira ikipe ya FC Barcelona mu mwaka 2005, Messi amaze kwegukana ibikombe 18.
22 – Nyuma ya hat-trick yatsinze Argentine ikina naSwitzerland mu cyumweru gishize, Messi amaze kugeza ibitego 22 mu mikino 67 amaze gukinira Argentina. Diego Maradona yinjije ibitego 34 mu mikino 91 yakiniye ikipe ya Argentina.
24 – Mu mukino wa mbere n’ikipe ya Leverkusen, Messi yari yashyizeho rekodi yo kwinjiza ibitego byinshi (19) mu mikino y’amajonjora none nyuma yo kwinjiza ibitego 5 agejeje ibitego 24.
49 – Messi amaze kugeza ibitego 49 muri champions legue – anyuze kuri Del Piero winjije (44), Filippo Inzaghi yinjije (46), Eusebio yinjije (47), na Andry Shevchenko winjije ibitego (48) mu rutonde rw’abakinnyi bamze gutsinda ibitego byinshi muri Uefa Champions League.
Ibitego bitanu byatumye anganya na n’umukinnyi wa Real Madrid Alfred Di Stefano bari ku mwanya kane bombi, inyuma ya Thierry Henry winjije (51), Van Nistelrooy yinjije (54) ukiri ku mwanya wa mbere ni Raul winjijeibitego (71).
93 – Messi afite assists 93 na FC Barcelona, harimo 73 muri sezo enye zishize, na 20muri iyi sezo.
188 – Kuva Umutoza Pep Guardiola yatangira gutoza FC Barcelona, Messi amaze gutsinda ibitego 188 mu mikino 201.
228 – Muri rusange, Messi amaze kwinjiza ibitego 228 mu ikipe ya FC Barcelona, akaba abura ibitego 7 gusa ngo ageze ibitego by’umukinnyi wa FC Barcelona wabashije kuyitsindira ibitego byinshi mu bihe byose witwa Cesar Rodriguez.
|
[
"swh_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
8c78d13ddee044c9174afcc098107019
|
keep
|
[] |
[
8,
10,
10,
9.8,
10,
9.5,
10,
6,
0
] |
./WIDE-20121004102112-crawl335/WIDE-20121004110040-01339.warc.gz
| 451,117,177 | 9,829 | 38,983 |
http://www.ruhagoyacu.com/spip.php?article4757
|
text/html
| 2012-10-04T11:14:57 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] |
[
0.8696,
0.1304,
0
] |
Kuwa Gatatu tariki ya 29/08/2012 mu isaha ya saa moya na 50 ku isaha yo mu Bwongereza byari ibicika mu mujyi wa London kuri Stade ya Olempike, habereye umuhango wo gufungura imikino ihuza abamugaye ya Paralympic.
Mbere gato yuko ibirori bitangira habanjye kugwa imvura nyinshi yanatumye umuhango wo gufungura imikino Paralympic utangira utinze ho iminota 20, akazi kenshi kakozwe n’abakorerabushake kuko nkuko twabitangarijwe nubayoboye ngo abasaga ibihumbi 70 nibo bari muri icyo gikorwa.
Umuhango wo gufungura imikino Paralympic waranzwe n’ibintu byinshi byakozwe mu kibuga, umuntu atagira uko abivuga murebaku mafoto hasi. Uretse igihugu cya Botswana na Malawi ibindi bihugu byose byari biri muri uwo muhango, abanyarwanda nabo bahanyuranye ishema bambaye kinyarwanda bakenyeye barangajwe imbere na Muvunyi Hermas wari ufite ibendera ry’u Rwanda.
Imikino Paralempike ya 2012 yitabiriwe, n’abakinnyi ibihumbi bine magana abiri mirongo inani (4, 280) baturuka mu bihugu 166 na ho imikino bazakina igera muri 20
Dore uko amwe mu mafoto yuko byari byifashe
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn"
] |
allowed
|
3b01757cd3c7561a8738e1f46d49f059
|
keep
|
[] |
[
5.4,
6.9,
10,
10,
10,
9.6,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121004102112-crawl335/WIDE-20121004110040-01339.warc.gz
| 463,105,963 | 9,261 | 34,151 |
http://www.ruhagoyacu.com/spip.php?article4794
|
text/html
| 2012-10-04T11:15:35 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"swh_Latn"
] |
[
0.9978,
0.0022,
0
] |
Imikino ikomeje kubera i London mu Bwongereza ya Paralympic, igihugu cy’Ubushinwa gikomeje kwibikaho imidari itandukanye. Naho ikipe y’u Rwanda ya Sitting Volleyball ikomejo gutsindwa bigaragra yuko itsinda irimo bayirusha cyane.
Ku Cyumweru yatsinzwe umukino wa gatatu n’Ubushinwa, amaseti atatu ku busa, ikipe y’u Rwanda ikaza kuba ikina umukino wa kane na Bosnia&Herzegov uyu munsi kuwa mbere tariki ya 3/09/2012 ki isaha ya saa yine z’ijoro mu Rwanda.
Umukinnyi abantu bitezeho ko yakora neza ni Muvunyi Hermas azasiganwa kuwa kabiri tariki ya 4/09/2012
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
26b50779f0a2009beeb626a825ac73d8
|
keep
|
[] |
[
6.7,
10,
10,
10,
8.7,
9.6,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121004102112-crawl335/WIDE-20121004110040-01339.warc.gz
| 465,965,080 | 9,235 | 34,036 |
http://www.ruhagoyacu.com/spip.php?article4783
|
text/html
| 2012-10-04T11:15:48 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kik_Latn"
] |
[
0.9854,
0.0146,
0
] |
Nyuma yaho abanyarwanda baserutse mu mikino Paralympic muri Sitting Volleyball batsindiwe imikino ibiri ibanza na Iran na Brazil.
Nsengimana Theonest wiruka metero 1500 nawe kuwa gatandatu tariki ya 1/09/2012 yarimo asiganwa aho yarangije ari ku mwanya wa 7 mu bantu umunani barushanwaga, yahise asezererwa, nyuma yo gukoresha iminota 4 n’amasegonda 8 n’ibice 83.
Mbere yuko asiganwa umutoza we Karasira Eric yari yatangarije RuhagoYacu yuko uwo mukinnyi atameze neza mu kaguru ndetse akaba yari yashakiwe isogisi rigafata ngo abashe kwitabira irushanwa.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
6aaff34aca3c9a318287bd9b153231c3
|
keep
|
[] |
[
7.6,
10,
10,
10,
10,
9.5,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121101212408-crawl419/WIDE-20121101220253-04603.warc.gz
| 546,766,571 | 14,245 | 69,332 |
http://www.igihe.com/imyidagaduro/ibirori/umunyarwakazi-uwamahoro-ashobora-guhabwa-ikamba-rya-miss-africa-germany.html
|
text/html
| 2012-11-01T22:44:10 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"bem_Latn"
] |
[
0.9916,
0.0084,
0
] |
Mu marushanwa yo gutora "Miss Africa Germany" yabaye kuri uyu wa Gatandatu 04 Kanama 2012 mu Mujyi witwa Essen mu Budage, Umunyarwandakazi witwa Yvonne Uwamahoro yabashije kwitwara neza yegukana umwanya wa kabiri, ariko kuri ubu ikivugwa ni uko ashobora guhabwa ikamba kuko uwamubanjirije bivugwa ko Atari yujuje imyaka imwemerera kujya mu mahiganwa.
Uwamahoro yagaragaye mu bakobwa 16 baturuka mu bihugu by’Afurika bitandukanye harimo u Rwanda, ndetse n’ibindi bihugu twavuga nka Cameroun, Congo-Kinshasa, Ivory-Coast, Kenya, Sierra-Leone, Namibia, Uganda, Zambia, Nigeria ndetse n’ibindi.
Umwe mu bateguye iri rushanwa Zouzou Arlette aganira na IGIHE, yatangaje ko aya marushanwa yari yitabiriwe kandi n’abacuranzi b’Abanyafrika nka Don Tom uturuka muri Nigeria wamenyekanye cyane kubera indirimbo ye yitwa My Wify.
Nubwo Uwamahoro Yvonne yegukanye umwanya wa kabiri, ariko ashobora guhabwa ikamba ry’uwa mbere, ibi bigaterwa n’uko Umunyasierraleone wabaye uwa mbere yari afite imyaka 16, kandi amategeko agenga iri rushanwa akaba ateganya ko uwemereye kwitabira iri rushanwa asabwa kuba nibura afite imyaka 18 y’amavuko, ibi rero byanateje ikibazo ndetse bivugwa ko uyu Munyarwandakazi ashobora kwegukana iri kamba.
Muri aya marushanwa kandi uretse Umunyasierraleone wegukanye umwanya wa mbere, n’Umunyarwandakazi wegukanye umwanya wa kabiri, umwanya wa gatatu watwawe n’Umunyakenyakazi witwa Samanther Schirra.
|
[
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
d5f3040773daad1785f2ae289e328610
|
keep
|
[] |
[
6.1,
7.5,
10,
10,
10,
10,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121025061427-crawl425/WIDE-20121025071634-03549.warc.gz
| 167,649,412 | 14,468 | 47,549 |
http://www.leprophete.fr/2011/12/02/sos-pour-ma%C3%AEtre-bernard-ntaganda-pr%C3%A9sident-du-parti-social-imberakuri/
|
text/html
| 2012-10-25T07:29:12 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] |
[
0.7883,
0.2117,
0
] |
ven.
02
déc.
2011
Premier Vice-Président du PS Imberakuri.
Muraho banyarwanda, ndabarahiye niba ibi bintu atari ibihimbano, Rwanda dukunda yaba yicaye hejuru y'umuriro kandi shitani yarayigaruriye. Abanyabwenge nkabariya twizeraga baricaye mu nama icura
imigambi mibi kuriya byaba ari ishyano pe! Twabyanga twabyemera nta Rwanda ruzabaho ngo rugire amahoro aramba umuhutu n'umututsi badashyize hamwe ngo bumveko bareshya imbere y'Uwabahanze n'imbere
y'amategeko agenga igihugu. Ivangura iryo ariryo ryose ntaho rizatugeza usibye mu rwobo! Nta bwicanyi bwaba burenze ariya magambo! Twizereko wenda byaba ari ibihimbano byabashaka gushyushya imitwe
naho ubundi....Banyarwanda, mushatse mwakwihana inzira zikigendwa, Yezu aracyabategeye amaboko kuko impuhwe ze ntakizisumba; abatukanira hano mujye munerekanako mwarezwe nk'umututsi wandika aha
avugako ari imfura maze yarangiza agatukana bya bitutsi twita ibishegu harya iyo iba ari mfura nyabaki? Ni ikimenyetso cy'uburere buke. Twamagane uwo ari we wese yaba umuhutu cyangwa umututsi wandika
ibishegu hano. Tujye twibukako umunsi umwe uyu mubiri udushuka tuzawusiga hano ku isi kandiko igihe kizagera tukazabazwa amagambo mabi, ibikorwa bibi n'ibitekerezo bibi byaranze ubuzima bwacu hano ku
isi.
Mugire amahoro y'Imana
Ariko iyi mbwa yamajigo ifite iyihe democratie yazanira abanyarwanda usibye injiji nkamwe mwanterahamwe mwe?
Uyu mugabo arazira ko akunda kandi ashaka kuzana democrasi mu Rwanda. Ni akumuro nose koko Kagame mubona atarwaye mu mu mutwe. Ko yamaze gutorwa yarekuye aba bantu byibura akazongera kubfunga mbere
yandi matora(niba atabishe).
Akumiro.
Nimutabare abatutsi barashize
!!! Mu minsi ishize ngo interahamwe zishe abatutsi zigira ngo zibanare. Nimubare abatutsi bishwe kuva umunsi uwabarokoye jenocide yagiriye ku butegetsi!!
hehehehehehe!1!! Ubutaha nibongera kubarura abatutsi bishwe na mwene wabo nzareba niba nabyo bizitwa jenocide!!
IGISIGA CY'Irwa rurerure gisiga cvikoze mu nda!!!
Tchaka wa wundi w'umuzulu ngo yabanje kwica ABARI BA KAYUMBA ICYO GIHE, ngo kubera kudahaga amaraso ngo yageze aho yirenza nyina!
Murazarebe niba Kagame nawe adashigaje kwica umukecuru we!
Tura tugabane niwanga bimeneke,none byaramenetse,Things Fall Apart,No longer At Easy.Nyakubahwa Me NTAGANDA ati kunshakiraho amacakubiri ni nko gushakira amata ku matako y'injangwe.Uyu munyagitarama yarazanye inkubiri ya Democracy dore ko yanatangiriye munsi yiwabo iyo adakomwa munkokora yaradusubije irudubi.
Ibanga ry'isoko y'inkuru rigenga umwuga w'ubunyamakuri hari icyo rikubwira????
AHO MURIHOSE , Mugihugu cg HANZE, Interahamwe zatangiye zica benewabo, abaturanyi nabo bitaga Ibyitso....
None ubu uwitwa ko akorana na RNC cg utavuga rumwe na INTORE wese agombe Yicwe, afungwe, aburabuzwe KOKO? NTORE MURABYEMERA, MURABYIGISHA, MURABIKORA?
EJO HASHIZE ZARI INTERASI, EJO HAZAZA NIMW ENDABARAHIYE, GACACA YANYU IRABARINDIRIYE.
NTIWIYEMERE NGO URIHANZE KUKO UZATUMWE INTERPOL IGUFATE HAPFA KUBA hari ibimenyetso simusiga BYUKO WIRIRWAGA UCENGEZA AMATWARA YA GITORE( GIRAHAMWE KIHESHA AGACIRO).
Mubukore ariko Muziko Muzabibazwa cg abana banyu! Reka njye gushaka aho nywa kamwe ejo Nazajya KUMIRA UKARISTIYA MBESHYA IMANA NGO NDIZA MAKIRISITU NINDANGIZA NZE NGAMBANE, IMANA MUSHUKA NTISHUKIKA IZABIBABAZA.
KOMEREZA AHO!
Ariko yababwiye ko muri IBIGARASHA BITABUTSE. Ariko ntimwumva!! Ikimbaabza nuko abitwa ko ari benewabo bimw emurata hano ariko ARIKUVUNDEREZAMO UBWO BUMARA BW'AMASASU. NGUWO KAYUMBA, URUSASU, NGUYU
nawe INGABIRE CHARLES Bamushyizemo ijan ryose...RUGAMBAJYE bamutsinze imbere y'iwe...KANDI bamwe birata ko bafashe nako barokotse Babigiramo uruhare Nibo bagiye Kumarisha bene wabo!! Ayiii ni
AGAHINDA.
Uyu muhungu CHARLSE INGABIRE YAMBABAJE cyane, ariko kuba kandi Yicishijwe nabene wabo Nacyo ni akandi GAHINDA!!!
Nimuhagararae RWARAKABIJE ABATEGEKE agasuzuguro gashire...
Ariko INTORE ngo NTIGANYA niko bababeshya, IRASHINYIZIRIZA IKIHA AGACIRO IRIMBURA MWENE WABO! SHA NICYO NANZE. NGAHO NIMUTOZE ABANTU DA. MURABESHYA ISAA IGEZE MUBAZIBAZWA IBYO MURI GUKORA.
Aho muri hose mwirirwa mushumuriza abantu ABICANYI mubatungira agatoki BYOSE BIRAZWI, ababatoza barazwi, aho wmitozera harazwi, IKIBURA NIKIMWE (KANDI KIARJE) NUKO BIHINDUKA KANDI MUZAFATWA MURABESHYA. Ndabivuga mukagirango ndabeshya.
EREGA NTAGO ABAZA KUBYINA NO GUCURA AMATIKU BOSE ARI INTORE, IBIVAMO BIRAZWI KANDI MURAHEMUKA, KUKO BIHINDUTSE IBYO MWIRIRWAMO MUZABYICUZA BITAGISHOBOTSE.
ARIKO NIBURA MUREKE KUGUMYA KWICISHA NUTWASIGAYE. MUTEYE GAHINDA.
Watubwira uwakubwiye abarasha uriya munyamakuru?
Abaturage bose duhagurukiye rimwe ntacyo Kagame yadutwara nabana bose bakamanuka ntanumwe uzigaye murugo ngo murebe ukuntu turahita tubavana mubirindiro ntantambara ibaye.
ahasigaye igihugu tukakiyoborera.
Gitarama mubaye abagabo
Buyoya ngo buriya yize Criminology (Kwicana) so ngo abifitemo impamyabushobozi y'ikirenga. Amakuru atugeraho avuga ko asigaye agenda gutoza kagame buri weekend. Amasaha abiri every weekend. Ariko ngo
Kagame ariha akayabo kamadolari.
Bivugwa ko umuntu wa mbere kagame agiye kugiriraho stage (practice cyangwa kwitorezaho ) ngo yaba ari Ntaganda.
Uriya we (Ntaganda ) byararangiye yamaze kuba igitambo nta kundi. Ariko Buyoya ko atahora yumvikanaga na Kagame, Arimo amutoreza iki? E bana politike ni umukino utumvikana kabisa
Uko turi uko tungana muze duhurire imbere ya 1930 twitwaje ibyapa byanditseho ko dushaka ko imfungwa za politiki zirekurwa musaha nudutambaro twiroza tutwambare mu ijosi
nta kundi tuzahangana na KAGOME ni IMYIGARAGAMBYO IZAKWIRA IGIHUGU CYOSE KANDI NIYO KAGAME ZAGWAMO
Igisirikare gisamburwa n'ikindi!Théorie turayihaze dukeneye pratique bana burwanda mwee..Ariko se Fdlr imariye iki abanyarwanda?Mbega izabona abayoboke gute itagiye mugihugu kubishakira?Ahaa nzaba ndora ivya Fdlr ahubwo wasanga ibyo bajya bavuga aribyo ko ikorera Kagame kugira babe barasahura igihugu c'abandi!!Fdlr genda ntacyo umaze,nayo abanyarwanda bo mubure kwigwanaho mukubite karya gatsiko ngo murindiriye Fdlr!
Mwabwiye RNC igatabara mwa bantu mwe. Ese abanyarwanda twese twakwinjiye muri RNC maze tukayisaba kumanuka. Naho ubundi turagwa ino twese. Abazi Kagame bavuga ko umunsi ubuhungiro bwavuyeho aazica kurushaho kuko abanyarwanda bazaba batakigira kivugira
Nyirubwite yarivugiye ati" Ikiyiko kivoma amazi yo mu ngunguru mpaka ashizemo ikindi ni iki se kandi? Gahoro gahoro azajya agenda yica umwe yongera yica undi! Erega ntimuzamushobora, harya ngo ingabo za Obama ngo ziri Uganda? Ndabona ntacyo zimaze kuko nta Kony nta Kagame bose nibisumizi byo kunywa amaraso y'abana b'abanyarwanda. Imana imuhe iruhuko ridashira!
http://www.monitor.co.ug/News/National/-/688334/1283022/-/bg82fqz/-/index.html
NYUMA YIRASWA RYA CHARLES INGABIRE wakoreraga INYENYERINEWS.ORG.
Me NTAGANDA nawe atubere irindi somo.
Ariko banyarda murabona koko NTAKIGOMBA GUKORWA. Intore zigeze kurwego RWOKUDUKURIKIRANA paka nohanze ZIKATURIMBAGURA. Uyu CHARLES INGABIRE kako murabona ntakigisho yaduha?
MUGUMYE MUSINZIRE.
MUTABARE IMPUNZI ZIBA KAMPALA, GACIRO ARABAMARIRAYO. Murebe k'UMUVUGIZI Banditse uko BBC yabitangaje IRASWA RY'UMUNYAMAKURU CHARLES INGABIRE WANDIKAGA KURI INYENYERINEWS.ORG akicwa aka LEONARD
RUGAMBAGE.
IMPUNZI ZIBA KAMPALA zose mumazi ABIRA..
Nihagire Umuntu UTWANDIKIRA IRIYA NKURU MUCYONGEREZA TWEREKANE AHO INTORE ZIGEZE MUKWIHESHA AGACIRO.
Reporters sans frontières» yababajwe n’iyicwa ry’umunyamakuru w’«Inyenyeri.org».
Charles Ingabire yafashwe n'isasu mu gituza, ahita agwa aho.
Umuryango urengera uburenganzira bw’itangazamakuru ku isi «Reporters sans frontières», ubabajwe cyane n’iyicwa rya Charles Ingabire, umunyamakuru wayoboraga akanyamakuru kasohokeraga ku mirongo ya internet «Inyenyerinews.org». Charles Ingabire yiciwe i Kampala, mu murwa mukuru w’igihugu cya Uganda, mu ijoro ryo ku wa 30 ugushyingo, uyu mwaka. Kubera kunenga ubutegetsi bw’i Kigali, uyu munyamakuru yari yarabuhungiye i Kampala kuva mu mwaka wa 2007.
Mu butumwa bw’akababaro bwa «RSF», uyu muryango uragira uti: «Twifatanyije mu kababaro n’abandi bagenzi be b’abanyamakuru b’u Rwanda, bahungiye mu bihugu bitandukanye by’isi, baguye mu kantu kubera iyi nkuru ibabaje. N’ubwo hakiri kare kwemeza abahitanye uyu munyamakuru, urupfu rwe ruributsa ko abanyamakuru b’abanyarwanda, bahunze ubutegetsi bw’u Rwanda, bahozwa ku nkeke, cyane cyane abahungiye i Kampala. Mu mwaka wa 2011, benshi muri bo bahutarijwe muri uyu mugi».
«RSF» ikomeza itangazo ryayo, igira, iti: «Uyu ni umunyamakuru wa kabiri w’umunyarwanda wishwe mu gihe cy’umwaka umwe n’igice gusa uwitwa Jean-Léonard Rugambage, na we yiciwe i Kigali, muri kamena 2010».
Amakuru atugeraho, yerekeranye n’uru rupfu, ni uko Charles Ingabire hari umuntu wamuhamagaye ku wa 30 ugushyingo, ahagana saa yine z’ijoro, ngo bahurire muri kamwe mu tubari tw’i Kampala. Ahagana saa munani za mu gitondo, ubwo yari atashye, Charles Ingabire yavunderejweho amasasu n’umuntu kugeza ubu utaramenyekana, wari mu modoka y’ijipi ya Pajero. Charles Ingabire yafashwe n’isasu mu gituza, ahita agwa aho. Umurambo we wahise ujyanwa mu buruhukiro bw’ibitaro bya Mulago, kugirango ukorerweho isuzuma ku cyamwishe (autopsie).
Ikinyamakuru gisohokera muri Uganda buri munsi «The Monitor» cyatangaje ko igipolisi ya Uganda cyahise gitangiza amaperereza, hakaba hamaze gufatwa abantu babiri bakekwa ko bari inyuma y’urupfu rw’uyu munyamakuru.
Mbere y’uko afata inzira y’ubuhungiro na mbere y’uko ashinga urubuga «Inyenyerinews.org», Charles Ingabire yakoreraga ikinyamakuru cyitwa Umuco, cyandikirwaga i Kigali.
Ubutegetsi bw’u Rwanda bwakunze kumuhohotera kenshi, bubinyujije, haba kuri telefoni ye igendanwa, cyangwa bukoresheje amagambo bwoherezaga ku murongo w’ikinyamakuru cye. Mu mezi abiri ashize, Charles Ingabire yari yarigeze guhohoterwa n’abandi bagizi ba nabi, na bo batigeze bamenyekana. Icyo gihe bamubwiraga ko agomba gufunga urubuga rwe rwa internet, yahitishaga ho amakuru ye.
Amiel Nkuliza, Sweden.
|
[
"fur_Latn",
"unk",
"fon_Latn",
"unk",
"fra_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"smo_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"lin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"zho_Hans",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"lug_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"swh_Latn"
] |
allowed
|
8eb8abb650c36ccaf09db772846fac7b
|
keep
|
[] |
[
5.2,
6,
10,
9.9,
10,
10,
10,
5,
0
] |
./WIDE-20121025061427-crawl425/WIDE-20121025071634-03549.warc.gz
| 482,441,493 | 20,778 | 76,719 |
http://www.leprophete.fr/2012/05/06/fran%C3%A7ois-hollande-nouveau-pr%C3%A9sident-de-la-france/
|
text/html
| 2012-10-25T08:13:14 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] |
[
0.753,
0.2469,
0
] |
dim.
06
mai
2012
Il a gagné les élections présidentielles du 6 Mai 2012. Bonne chance à François Hollande.
Padiri NAHIMANA,
Mw'izina rya TWAGIRAMUNGU ubereye umuvugizi, umaze iminsi usoza inyandiko zawe zituka RNC, winginga KAGAME ngo akore igikorwa kitazibagirana mu mateka, yunga Abanyarwanda.
Ku bantu basobanukiwe ibya politike y'inda ikinwa muri iki gihe n'abo muri kumwe, icyo gikorwa "amateka atazibagirwa" nta kindi: ni ugusubiza Fawusitini TWAGIRAMUNGU umwanya wa Minisitiri w'Intebe.
Nagira ngo nkubwire ko bishoboka ko ibitutsi umaze iminsi uhata bamwe mu bashinze RNC na RNC ubwayo bitangiye kubyarira umusaruro TWAGIRAMUNGU n'abandi mufatanije guhakwa kuri KAGAME.
Niba inkuru nziza itarakugeraho, soma iyi nyandiko ya THE EXPOSER ya KAGAME iha impundu iya LE PROPHETE yawe ikorera TWAGIRAMUNGU:
Kayumba and Mudacumura: Who is the “General”?
http://www.theexposer.net/spip.php?article94
N'ubundi, NKULIYINGOMA yari aherutse kwandika ko KAGAME atakagombye gukomeza guhendwa n'ibinyamakuru by'amahanga, ko LE PROPHETE ihendutse kandi ikora akazi neza.
#38,uvuze ukuri ingabo z'urwanda ni abacancuro ba kagame ,yabogeje ubwonko pe!!
Narumiwe iby'iwacu
Mwakwihanganye mukaba abanyarwanda ! abo bazungu mwishimira mumenye ko bashobora gukuraho umunyagitugu bakazana undi ! ? abanyarwanda ubwacu mureke tuzishakira umuti kdi unyobwe n'abanyarwanda bose kdi ubakize ! Mushakire aho abanyapolitike ! Ntimwishimire bariya ba mpatse ibihugu zibo bishe izi ntwari za Africa zizwi : Patrice RUMUMBA , Thomas SANKARA , Umwami Rudahigwa ,Che Guevara n'abandi benshi abo babasimbuje ninde utabazi !
Izina nitwa Kapiteni Mashiro. Ndagirango ngeze ubu butumwa kubasirikari, abapolisi, abasuluveya, ba loko difensi, ba watumishi, abaturage bose bari mu rwanda, abari mabuso, abanyeshuri abato
nabakuru, abakoze ba leta nabikorera kugiti cyabo hamwe nabashomeri.
Ubutumwa: Muri yi minsi ya vuba hari ikintu ngiye gutegura kandi ngakora.
Nsabifatanya nabo mvuze nyuma abashomeri, abakozi, abanyeshuri nabari mubihome.
Icyo nsaba abiyita ko bashinzwe umutekano ni iki MWESE MURASABWA KUTAGIRA UWO MUHUTAZA, mu magambo cg mu bikorwa.
Icyo nasaba kagame ni uko yahera ubu yikurunga hasi agasizora akaboroga yicuza amaraso yamennye, agasubiza ibyo yibye, hanyuma akajya eyidha muri Spanyi cg mu bufaransa vuba na bwangu. Atari ibyo anyitegure.
Kandi nihagira umuntanga mwemereye indege ya miliyoni 50 na miliyo 100 cashi no kurindirwa umutekano ubuzima bwe bwose, guhabwa pasiporo diplomatike ubuzima bwe bwose no ku muryango we wese.
Abo bireba mwese mubizirikane.
Enough is enough.
Kandi uwImana itanze iba imutanze cyane iyo ari intumwa yamashitani.
Yewe Kagame yo gakubitwa n'inkuba izira imvura wirirwa yica abanyarwanda n'abanyekongo abuze inshuti magara.
Sha ndumva ministre w'ububanyi n'amahanga agomba kuba Jean Leotard cg bakarekaho Alain Juppe, naho Sarko utagira isoni koko apfukamira Rukarabankaba.
UMP nishaka isubire ku butegetsi uwo nangaga urunuka ni sarkozy kuko yaratangiye gutesha agaciro la revolution francaise. Kagame ngo yiyahuye icyo ntazi nuko yashizemo umwuka
mu kinyarwanda ngo umusonga wundi ntukubuza gusinzira.
so ibibazo by'abanyarwanda bizakemurwa n'abanyarwanda. cyakora birashoboka ko abazungu(abanyamahanga) babyongerera ubukana aha nshaka kubwira abanyarwanda batekereza ko Hollande haricyo azahinduracg azakemura ku Rwanda. azagira icyo ahindura niba koko ubufransa harinyungu bubifitemo ndashaka kuvuga kuri politique ya mpatsibihugu irangwa nibihungwa by'ibihangange mu rwego rwo guteza imbere ubukungu bwabo.
Ibyo Rukokoma y'ibwira siwo muti w'ikibazo rero. njye ku ruhande rwanjye Kayibanda yoyoboye nabi abifashijwemo n'ababiligi, Habyalimana ayobora nabi abifashijwemo n'abafransa n'ababiligi, Kagame nawe ari kuyobora nabi abifashijwemo n'ana nyamerika nabo ba Rukokoma bamufashije kugera k'u rubwo butegetsi kuberako bari bamaze kurengwa.
Umuti nuwuhe? bizaba ngombwa ko abanyarwanda ubwabo babona ko bagomba gukemura ibibazo byabo si non tuzahora murubwo bwicanyi aho president avaho aruko haabayeho kumuhitana babifashijwemo nabo bazungu.
KAgame arannya mubihu pee!!!
_____________________________
Abaterambabazi bari bamushyigikiye bose iminsi na politike iragenda ibirenza, urugero rufatika: Bill Clinton, George Bush Jr., Tony Blair na Nicolas Sarkozy bose babaye karahanyuze!!!! Mama wacu yakundaga kutubwira ngo "ubushenzi ni umuzigo". Ni byo koko. Ubwenge bwa Kagame (son niveau intellectuel limité /limited intellectual background) birabyerekana ntashiti!!! Bigaragara ko isomo ry'iminsi ntacyo rimubwiye, nyamara byanze bikunze ibintu birahya bihyira....!!!! Ubunyeshyamba bwaramwokamye!!!
Signé,
BAzumvaryari.
Abanyafrika nitureke kwizera abazungu ko aribo bagomba kudukorera. Ntabwo aribo bagomba kudukuriraho abanyagitugu badushyiriyeho kuko bo bitabahangayikishyije na gato. Abo bazungu birebera inyungu zabo gusa kandi nta rukundo buriya bafitiye abanyafrika. Nitwe ubwacu tugomba guhagarika kagame, naho ibindi ni indoto. Byose bizakorwa n'abanyarwanda bari kwicwa urubozo kandi nibo bumva ububabare buturuka ku gitugu cy'i kigali. Ni nde muzungu yakwemera gupfira umwirabure?? Ayo mafranga muri gusesagura muunywa inzoga ngo mwishyimiye intsinzi ya F. Hollande, mwagomba mwayakoresheje mu kubohora igihugu cy'Urwanda. Dushyire ubwenge ku gihe.
Njyewe namwumvise yivugira ko azarwanya atizigamye leta zikoresha igitugu aho ziri hose ku isi!!Chiche!!!
Nizere ko azahera kuy'i Kigali imaze kuba "akagugu k'indakoreka!,cyane ko n'amasinde bafitanye amaze kuba umushike!!!!
Ugize uti Hubert Védrine:Minaffet?Mbega ukuntu byaba ari byiza wee!!!Kagame ariko ntazamwemera!Ibuka wibuke ukuntu yakamejeje ubwo mucuti we Sarkozy yashyiragaho Alain Juppé!!!Kariya kagabo kagomba kuba gakeka ko kahawe ububasha bwo gutegeka isi,kakarya ibyako n'iby'abandi!!!!
Njyewe Védrine naba Minaffet,nzahamagara Intozo zo muri Ibuka-France nzigire inama yo kumwandikira ibarwa yo gusaba imbabazi z'ukuntu zamuharabitse!!
Agahomamunwa ariko ni abarenzamase bibumbiye mu "gatsiko k'abagiranabi" kitwa ACPR: Association pour la Promotion de la Culture Rwandaise !!!
Aba bo rwose bamugaragarije uburere bwiza bw'intozo igihe bamumennyeho indobo yuzuye irange ry'umutuku,ngo barahorera abatutsi bene wabo yishe da!!!!Uramutse rero ukabije inzozi,aba barishabinyoma sinzi aho barigitira!!!
Nanjye nteze amaso,usibye ko nitwa Gahondogo!!!!
Ariko muribuka impundu, animation, ibirori, etc byabaye abafaransa baza muri zone turquose??? Twarahabyinnye kabisa ngo baje kudukiza umwanzi w'umututsi....ariko yatwerekanye igihandure ga mwa!
None dore amaso twongeye kuyahanga abafaransa nanone???
Sha, turawumennye niba ari ikindi kuri place bastille no muri disco zo hirya no hino. Harakabaho les années Mitterand. Nimwumve sasa uko byari bimeze na DJ Akim.
http://www.youtube.com/watch?v=eidZYGX88oQ&feature=related. Sha, harakabaho Hollande Utwibukije ibyiza. Mbiswa nimurare aharyana ejo ni kazi...
Musema
Havu rwa amadorari. Cyangwa n'amayero euro none yatanze angahe?
Ndugu Burindiano,
Tungali tunacheza mpaka asubuhi. Ubu kuri Bastille ntiwarora. Kakuna kulala. Turarikesha nakuambia, intore za Kagame ziyacekwe. Umukandida wacu yari socialiste none twatsinze. Turi burebane n'abanyabuhake bakangisha kudutegekesha ifaranga, kandi ntibazi ko iryo faranga riva mu baturage. Wowe sasa ka henekein, Turbo King,Guiness, undi abishoboye afate ka tusker, Simba, Amster kinigi cg Jupiler musongati kisha leffe blond, canke yifatire ka karahanyuze brarudi akurikije uko umufuko wiwe uresha. Njye ndaraguza umutwe nkabona intzinzi hose, naraguza inzuzi nkayibona mu bice byose. Jewe ndarahiye Musema, uyu mwaka nushira Kagame agitegeka jewe Musema nziyogoshesha umusatsi, nkuze ubwanwa durant dix ans, kugeza Kagame mukocoye. Uretse ko niyumvisha neza neza ko uyu mwaka ari uw'intsinzi nta kundi byagenda. Ijoro ryiza bwana, turare tubyina tuzataha ejo tugiye kubyuka. Niko bimera iminsi ntingana. Sasa njye ndarahiye Musema, uyu mwaka Kagame ntazazawumara.
Uwawe Musema
Zasizoye kuri runo rubuga-RTLM-rutwitsi
Comments #40 Nta mishinyiko ufise mwa! Niba koko iyo nama Ngoto père wa Cyomoro yagiraga mugenzi we ucyuye igihe ariyo, ndakwemeye ko ufise icyumvisho cyitwa UGUTWI.
Nuwendeye nyina munsi y'ibuye yaramenyekanye koko. eeeeeeeeeeeeeeee
i Kigari ni amahanga ibintu byarahindutse iyo ndirimbo leprophete.fr muzayidushakire mudushyirire kuri uru rubuga rwacu murakoze sana
@Musema #43
Hakuna kulara ndugu yangu!Kumbe nawe burinda bucya nkanje?Ubu ndi kuri TV ndimo ndaba ivya France kandi burinda bucya ejo ntashure rihari turi muri greve kandi ndimo mfata aka heneiken ndishimira la victoire de François yeaaah le changement c'est maintenat mon cher nkuko abivuga Hollande.Intore zirimo zirarira ngo bagiye kuzisubiza Nakivale(Uganda)....Nkunda les Socialistes nubwo batwaye muza 90 nkiri umwana muto mugabo nziko badakunda intore zifite amadirisha mumitwe!
Yannik Noah komeza udushyushye. Erega buraducyeraho...Nta kundi byamera, ibihe ubu byarahindutse. Uriya muginga Kagame turamwishimaho burinde bucya, si ubwa mbere amena amakashi yo kwicisha abantu
ariko Imana ntirenganya...Muze twishime nshuti, Imana ntirenganya.
Musema.
@#39
J'suis d'accord avec toi même si j'suis pas Rwandais....!
Ndagukunze kubitekerezo byawe abajenerale bafungwa nkinkoko zona ibishyimbo mungabo bayobora hakabura nuvuga ngo tse uku sugutuza nubucucu bwiganje mungabo z.urwanda wagirango barwaye umujunjamo nkuwinkoko mbiswa ma nzaba ndeba
Nkimubwira !!! Sarko uriya??? Nashatse kumwigisha isomo arankuba akagira ngo ubutegetsi sinabufashe mbere ye. Iby'amatora mbizi mu busa. Iyo yemera nkamukangurira intore zose zikagakora ntaba
avanyemo nibura 98%!!!
Nyamara iyo awuteka gutya byari gucamo, maze akihaye kuvuga akagaca ururimi, kakomeza gukangata akagaca umutwe byasakuza akaza nkamufungira ku tuzi maze kajya agenda abusinziriza nta mazimwe... Yewe, abazungu burya hari aho ubwenge bwa kinyarwanda bwabikinze. Ni ukubabona bagenda. Barangiza ngo abirabura turi ibicucu ! Hahahaaaaa.
Mumbabarire ngewe sinkunda kwandika commentaire, maze gusoma iby'abantu banditse byinshi,ariko ndikwibaza niba abantu bishimiye intsinzi ya hollande ngo araza kwirukana kagame, ngewe sinabihamya kuko amateka amze kunyereka ko iyo abenegihugu ubwabo batihagurukiye ntawundi wabakorera ibyo bagombaga kwikorera, muri amerika ndibuka abantu barishimye ngo ubwo Bush agiyeho agiye kwirukana abatutsi kubutegetsi kuko ari umu republique, muri 2008 obama atowe ngo ubwo ari umunyafurika, kagame bye bye, ibyo byose ntacyo byatanze. none se hollande we murabona ariwe uzaza kwirukana kagame, muzunve noneho ko azagaya Sarkozy ko yarashe kadafi, ngewe mbona aba bazungu baba bafite ligne politique bagenderaho. muzahaguruke niba mushaka ko kagame avaho muze tumukureho babone kudufasha muri urwo rugamba naho ibi ni plaisanteries.
Aliko koko NTAGANDA BOSCO NI GENERAL WUZUYE , UGIRA NINGABO ZIMURWANILIRA , NAHO ABA GENERALS BACU NI FAKE USELESS !! REBA BOSCO ABASILIKARE YAYOBOYE BARANZE NDETSE BIYEMEZE KUMURWANILIRA !!! AT
LEAST !!
NGAHO NDEBEBERA ZA NTOZO ZA KAGAME !! YAHAGALITSE ABA GENERALS 4 BOSE HABURA NA SGT URASA MUKIRERE CG CPT !!!
NYAMWASA WABAYOBOYE NEZA ATONGANYE NA KAGAME HABURA ABAFATA KAGAME NGO BIMIKE NYAMWASA !!! NONE SE URABONA IZO NGABO ATALI INTOZO KWELI !!! BANANIRWA NO GUKINGIRA ABATURAGE BAGAKINGIRA URUGO RWA KAGAME UBUSHYE RURUTA INGO ZABO !!! WAKE UP SOLDERS !! NIYO MPAMVU ALI NABATINDI BAZAGWA MUBUCAKARA !! NTAHO BATANDUKANIYE NABACAKARA PE !! NABO BARAHAMBILIYE KWELI !
I Kigali ngo barimo gutegura imyigaragambyo yo kwamagana ayo matora ngo habayemo ubusuma ngo ntabwo bari bubyemere ngo kuko amatora yibwe neza neza!!!Baramagana ubujura bwabafaransa mumatora!!Hahahhahhh
c'est vrai mon cher ami Jupe ni mubyara wa francois !!
akanaba na mwishywa wa mitterand , agatha aba kwa mushiki
wa Francois Hollande !! Banange !! mulipangapanga bwerere ! bajya kubakuba migo !!
soma iyi nkuru yuko abadepite ba UMP batumije Sarkozy mbere yuko umwicanyi Kagame ajya i Paris
http://www.la-croix.com/Actualite/S-informer/France/Des-deputes-UMP-interpellent-Nicolas-Sarkozy-avant-la-visite-du-president-du-Rwanda-Paul-Kagame-_NG_-2011-09-10-709644
ARIKO Intore mwabaye mute koko? ubu se murarushwa niki? shobuja kagame se yayatangaga atarimo kugura agahanga kabahutu nabatutsi bamurwanya ? ahubwo nahame hamwe imbwa zimujye ubundi mutegereje iki ngo murase kagame ! kagame mumwirasiye mwabasha gushyiraho undi ntakibazo..ariko ni mumureka akaraswa nabari mumyigaragambyo ntabwo muzarokoko.. sibyo kayonga we!
Ntabwo François Hollande watowe ali Président w'u Rwanda. Yatowe n'abafransa, nibo bonyine azakorera. Akazi ke ntabwo ali ugukuraho Kagame. Kagame azakurwaho n'abanyarwanda ubwabo. Muhaguruke rero, mwerekane ko mufite ingufu n'ubushake. Nimubigaragaza, si Hollande wenyine uzabafasha, ndetse na Amerika na Londres bazadufasha. Aliko bizaterwa n'uko dutangiye akazi, bikagaragara ko twamuhagurukiye. Abantu (ndetse n'Imana) bafasha uwifashije. Mureke amagambo, mujye mu bikorwa.
Ikibazo si Sarkozy ahubwo ikibazo ni amafranga yahawe agiye arira kandi yaragombye kudufasha mukwizahura dore ko ubukene hano mu cyaro bunuma.
jya kunya kugihe sha ,,urashuka nde se urusha ubwenge..uretse kuba mwarakingiwe ikibaba na USA, UBWONGEREZA ubundi mwari gufata urwanda?
Ariko interahamwe muri ibigoryi weee ese muri aba fransa ahubwo ntiwabona ukuntu twishimiye uyu mugabo Hollande ubu nza nteresi zari zarigometse zivugira mumyobo zigiye gutwabuzwa hejuru aho bazihishiriye noneho baraza kwibonera yewe mweho ntimuzi naho isi igeze Hollande se ni uwanyu abishuka ni carori kweli.
Alain juppe na mubyara we Francois Holland kagame arabaikizwa niki koko ahaaa
uwo musega ngo ukunyuzeho ujya mu rugwiro ubwo kagiye guterefona kugirango kabaze Sarkozy niba hari ayo yasaguye ngo ayamusubize
kabwa Kavume we ngaho rashya imigeri. erega shahu kagame amaherezo yawe ni abafaransa babufite mu ntoki
KAGAME NAJYA MULI AMERIKA DR RUDASINGWA YAVUZE KO AZAMWEREKA , UBANZA ASHAKA KUZAMUTERA URUKWETO !! KAGAME NAWE YAPANITSE !! YAHIZEMO KUREKA ICYO GIPAPURO AHO KUGUMA GUSEBA !!! AMERIKA YOSE NI " R.N.C '
uBUSE sARKOZY AZASUBIZA kAGAME cASH YALI YAMUHAYE ? POLIKI NAKAZUNGU KOKO UBUSE ARAYAJYANYE ?WOW !! KAGAME ANYUZEHO MUKANYA AJYA MURUGWIRO MU KILIYO CYUKO SARKOZY ADATOWE !
Kagame we nta bwenge ugira harya ngo mwafashije UMP ngo mukunde murebwe neza. ngaho nimumbwire mugiye gukora iki?
biduhe neza
ese umusega Kagame ntabwo uzajya muri Amerika gufata ya PhD ye. biduhe neza harya ntagomba kujyayo le 12 cg ni ryari mbwira simperuka ayo makuru
#17 ibyo avuze nibyo...
Amadolari ya kagame se?
VIVE LA DEMOCRATIE ,VIVE LA LIBERTE DE PENSE ,VIVE LA LIBERTE DE CHOISIR TON PRESIDENT ,VIVE LES GENS DISPLINES QUI METTENT DEVANT LE DEBAT REPUBLIQUE ,VIVE LA JUSTICE ,VIVE LA VERITE ,VIVE LA VICTOIRE
BON VENT à MONSIEUR LE PRESIDENT FRANCOIS HOLLANDE
LE PEUPLE RWANDAIS COMPTENT BCP SUR VOUS
QUE DIEU VOUS BENISSE
KIGALI ILIMO GUTEGURA IMYIGARAGAMBYO YO KWAMAGANA FRANCOIS HOLLANDE KO ATAGOMBA KUYOBORA UBUFRANSA !!! SARKOZY ARAYALIYE !!WOW !! AIR PLAN REPORT !! SARKOZY UMUPFAKAZI AGUTEYE UMWAKU NAMARASO YA KADHAFI !! URYA INCURO NINCUTI BIGASHIRA UDAHAZE , KIGALI MUCYUNAMO
Dr Binagwaho ngo yazanye urukingo rw'impiswi! hahahahaha, abanyarwanda se barahitwa batariye? uyu mugore arashinyagura pe! Iyo azana urukingo rw'inzara se? Mwarasaze gusa! Foolish political leaders
Mwese mwese abakunda u Rwanda kandi mwari mukibuka l'ere Mitterand mbatuye indirimbo ya Kassav: Rété (Zouk kassav).. Muryoherwe cyane kandi mugatambe mutekereza ku buryo bwo gusezerera umuginga
(Kagome).http://www.youtube.com/watch?v=EKzFwr8Ikgo&feature=relmfu
Musema
Ariko abantu mukunda kurota, umubano w'u Rwanda n'Ubufransa wari warajemo agatotsi kubera Sarkozy yagaruye Alain Juppe, ahubwo ubu nibwo ibintu bigiye kugenda neza kuko barazana Minister mushya na ambassador mushya, none mwebwe murasimbagurika ngo Hollande arabagarura ku butegetsi, ibyo babyita kwikirigita ugaseka, nabanze ahangane n'ibibazo by'imbere mu gihugu cye nabyo ntibimworoheye,mureke kurota ku manywa, abafransa nta jambo bagifite mu Rwanda. Tony Blair yaguyeho, Cameron amusimbuye yongera imfashanyo ku Rwanda!!! Ubu Ubwongereza nibyo bufite influence muri kariya karere, abafransa babanze barangize ibibazo biri muri Mali( West Africa niho bifatiye) naho East Africa!!!! Muri muri monde mu mbere ya 1994.
congratiration
Jyewe sinigeze nkunda Kagame na busa yemwe ntanubwo nigeze mbyifuza, ariko mu masengesho nakoze y,icyumweru nisabiraga Imana kunkemurira ibibazo byange nyiragiza n,imibereho yanjye y,ahazaza. Muricyo gihe nibwo nasobanukiwe by,ukuri ko ubutegetsi bwose buturuka ku mana. Imana niyo ishyiraho ubutegetsi ikanabukuraho, abayoboye nabi ikabibabaza. Reka tureke gucira abandi imanza kuko natwe ntituri shyashya uwiteka niwe uca urw,intabera.
Mbonye ingabo naho mureke iyo midugankomo, reba General Ntaganda ibyo arimo gukora Congo naho ba Nyamwasa na Karegeya bayabangira ingata bakiruka ukagira ngo barahunga imvura cyangwa inka yica! Reka babace amazi ntacyo mumaze sinzi naho mwigiye igisirikare cyokoze muri abaciviles rwose.
Kagame se we tuzamusezerera ryari?
Uwiringiye umwana w'umuntu avumwe.Njye ibyiringiro byanjye biri k'Uwiteka.
Uyu musweranyoko Sorko wasuzuguje la France ku isi yose apfukamira shitani Pool Kagame naveho arakicwa namafunja. ndizerako gashobotse akiriya nkende yiritwa itanga amafranga y'abanyarwanda yigura mumahanga kubera amabi yakoze . Ese Hollande azemerako Mitterand yitwa genocidaire? Nagire vuba aduhe uburyo twirangirize ruriya rupfu ngo ni president uzwi nka sinior4.Kimwe ninjiji zimufasha kwica abantu no gusahura igihugu akabo karashobotse. Nziza nzamunywesha utuzi twe, naho kirya k'ibyinyo nkibyisatura kizakabona
Ariko ubwo ntimubona ko mwibeshye? Ni le 5 Mai 2012, ntabwo ari 6 Avril nkuko mwabyanditse! Ibyishimo n'igihunga mufite ni byiki? Muhumure Sarkozy ntasubiraho yatashye yagiye kuba manniquin!
|
[
"cym_Latn",
"unk",
"smo_Latn",
"unk",
"fra_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"eng_Latn",
"ltg_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"eng_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"unk",
"kin_Latn",
"fra_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"swh_Latn",
"run_Latn",
"swh_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"swh_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"swh_Latn",
"tha_Thai",
"fra_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"eng_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"fra_Latn",
"bem_Latn",
"lua_Latn",
"run_Latn",
"fra_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"fra_Latn",
"fra_Latn",
"fra_Latn",
"fra_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"zho_Hant",
"swh_Latn",
"run_Latn",
"fra_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn"
] |
allowed
|
e336792f55ae795b54e35e5e6400ba0f
|
keep
|
[] |
[
5.8,
5.3,
10,
9.7,
10,
10,
10,
10,
7.5
] |
./WIDE-20121031141335-crawl421/WIDE-20121031153610-04893.warc.gz
| 63,268,275 | 5,244 | 14,842 |
http://www.ferwafa.rw/competitions/first-division/2528-shampiyona-20122013-iratangira-kuri-uyu-wa-gatandatu
|
text/html
| 2012-10-31T15:44:33 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] |
[
0.9951,
0.0049,
0
] |
Shampiyona 2012/2013 iratangira kuri uyu wa gatandatu
- Friday, 21 September 2012
- Written by Webmaster
Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda iratangira kuri uyu wa gatandatu n’imikino ine hanyuma indi itatu izakinwe ku cyumweru.
Shampiyona y’uyu mwaka izaba igizwe n’amakipe cumi n’ane bitandukanye n’umwaka ushize aho amakipe yakinnye shampiyona ari cumi n’atatu gusa.
Kuri uyu wa gatandatu, APR FC irakira Marines FC kuri Sitade ya Kigali i saa cyenda n’igice ; Police iraba yihereranye La Jeunesse kuri sitade ya Kicukiro; Etincelles irakina na Muhanga kuri Sitade Umuganda hanyuma Rayon Sport yakire Amagaju i Nyanza.
Ku cyumweru, SC Kiyovu izakira Espoir kuri Sitade Mumena; Musanze ihure na Isonga FC ku Kicukiro hanyuma Mukura yakire AS Kigali kuri Sitade Kamena i Huye.
Abafana baraza kuba bahanze amaso ikipe ya APR iza kuba itangiye shampiyona ishaka gutsindira igikombe cya 14 cya shampiyona. Dore kandi ko arimwe mu makipe yashoboye gusezerera abanyamahanga benshi hanyuma igasinyisha abanyarwanda b’abana bahoze bakina mu kipe y’Isonga.
Umutoza wa APR, Eric Nshimiyimana avuga ko shampiyona ya 2012/13 izaba ikomeye cyane ndetse akemeza ko ikipe ye ishobora kongera gutwara iki gikombe nubwo yabuze abakinnyi benshi cyane cyane ko iyi kipe yirukanye abanyamahanga bose ati“ ikibazo kikiri mu ikipe yanjye ni uko abakinnyi bataramenyerana kuko abenshi ari bashya”.
‘Ariko uko tuzagenda dukina, nibwo tuzamenya yiba intego yacu yo gutwara igikombe tuzayigeraho. Ariko sinshidikanya y’uko tutazitwara neza kuko twashoboye kwitegura neza kandi twiteguye gutangira shampiyona dutsinda, ‘
Ku ruhande rwa Polisi yabonye umwanya wa kabiri umwaka ushize, umutoza wayo w’Umunyaseribiya Goran Kopounovic avuga ko ari ibintu byiza cyane kuba iyi shampiyona izaba ikinwamo n’abenegihugu benshi.
Goran avuga ko kuba Polisi yarirukanye abanyamahanga bose nta ngaruka bizagira cyane kuko abakinnyi benshi yaguze basanzwe bamenyereye shampiyona.
Rayon sports ni imwe mu makipe ihabwa amahirwe yo kuba yatwara shampiyona y’uyu mwaka cyane cyane ko iherutse kwegukana irushanwa ryitiriwe Agaciro Development Fund kandi n’abakinnyi bayo abenshi bakaba bakirimo.
Umutoza wayo Abdoul Mbarushimana yemeza ko Rayon ishobora guhindura amateka igatwara igikombe cya shampiyona iheruka muri 2004 kuko afite abakinnyi babishoboye kandi basanzwe bamenyereye shampiyona.
Dore imikino ya shampiyona iteganyijwe muri izi mpera z’icyumweru:
Kuwa gatandatu 22/9/2012
APR vs Marine (Sitade Nyamirambo)
Police vs La Jeunesse (Sitade Kicukiro)
Etincelles vs Muhanga (Sitade Umuganda)
Rayon Sport vs Amagaju (Nyanza)
Ku cyumweru 23/9/2012
Kiyovu vs Espoir (Sitade Mumena)
Isonga vs Musanze (Sitade Kicukiro)
Mukura vs AS Kigali (Sitade Kamena)
|
[
"run_Latn",
"eng_Latn",
"eng_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"zho_Hant",
"fra_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"mlt_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn"
] |
allowed
|
b896109e36f750bf903f707761779114
|
keep
|
[] |
[
6.4,
7.8,
10,
10,
10,
9.9,
10,
2,
0
] |
./WIDE-20121027082530-crawl420/WIDE-20121027082710-03939.warc.gz
| 319,861,968 | 11,658 | 43,850 |
http://www.radio10.rw/?p=2930
|
text/html
| 2012-10-27T08:46:31 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] |
[
0.9701,
0.0299,
0
] |
Mugesera arasaba ko icyemezo cyo kumufunga by’atageganyo cyateshwa agaciro
By Patrick Muneza - Tue Jul 17, 11:14 am
Urubanza ruregwamo Leon Mugesera ku wa mbere tariki ya 16 Nyakanga 2012 rwarakomeje mu rukiko rukuru rwa Kigali. Leon Mugesera arasaba ko icyemezo cyafashwe n’urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge cyo kumufunga byagateganyo cyateshwa agaciro kuko ngo kitubahirije amategeko.
Tariki ya 29 Kamena 2012, nibwo urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwafashe icyemezo cy’uko Leon Mugesera afungwa by’agateganyo ku mpamvu zikomeye zari zagaragajwe n’ubushinjacyaha zituma Mugesera akurikiranwa. Nk’uko bigaragazwa n’ubushinjacyaha, muri izo mpamvu zikomeye harimo ijambo yavugiye ahitwa ku kabaya mu mwaka wa 1992, ijambo ngo rihamagarira abahutu kwica abatutsi.
Ubwo urukiko rwisumbuye rwafataga iki cyemezo, Mugesera yifuzaga ko urubanza rwe rwaba ruhagaze bakabanza gutegereza ibijyanye n’ikirego yari yashyikirije urukiko rwikirenga ku kuba ngo hari amategeko akubiye mu itegeko nshinga atarubahirijwe mu rubanza rwe.
Ibi byanze, Mugesera yahise ajurira mu rukiko rukuru avuga ko uburenganzira yemererwa n’itegeko nshinga ndetse n’amasezerano u Rwanda rwagiranye na Canada bitubahirijwe.
Ku wa mbere nibwo Mugesera yari mu rukiko rukuru aje kuburana ubwo bujurire bwe. Bitandukanye n’indi minsi yose yashize kuva tariki ya 24 mu kwezi kwa mbere uyu mwaka yagera mu Rwanda yoherejwe na Canada, yagaragaye mu rukiko yambaye imyenda yiroza iranga ubusanzwe imfungwa. Ibi byaturutse kuri cya cyemezo cy’urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge ko afungwa by’agateganyo. Imbere y’umucamanza, Mugesera yavuze ko icyo cyemezo cyafashwe kidakurikije amategeko y’imiburanishirize kuko ngo cyafashwe atabanje kwisobanura kuri izo mpamvu zikomeye zimushinja icyaha mu gihe nyamara ngo icyari kiri kuburanwa ari ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo.
Kuri we ngo urukiko rwakoze amakosa akomeye rwica ihame kandi shingiro ry’ubutabera.
Kuri iyi ngingo, umushinjacyaha afashe ijambo yasobanuye ko ubwo Mugesera yari mu rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge yahawe ijambo ngo agire icyo avuga ku mpamvu zikomeye zimushinja icyaha, maze akavuga ko adashobora kugira icyo avuga mu gihe hari ikirego yatanze mu rukiko rwikirenge.
Umushinjacyaha yongeyeho ko ubwo burenganzira yabuhawe ahubwo ntashake kubukoresha kandi ko kutabukoresha nabwo ari uburenganzira bwe.
Gusa ariko ku rundi ruhande, Mugesera yongeye kugaragaza ko uburenganzira yemererwa n’itegeko nshinga butubahirijwe aho avuga ko ubushinjacyaha bwamaranye dossier ikubiyemo ibirego ashinjwa amezi atatu n’iminsi 24 noneho we ngo agahabwa iminsi itatu gusa. Ku bwa Mugesera ati “Ibi ni akarengane. Urubanza ku ifunga nifungurwa ryagateganyo ntabwo ari umukino, ikinamico cyangwa se umuhango, ahubwo ni urubanza rusaba gutegurwa neza bityo bikarinda abantu gufatwa no gufungwa byigitugu. “
Hagati aho ariko, ubushinjacyacyaha bwo bwongeye kuvuga ko ntacyo Mugesera atakorewe ngo ahabwe igihe cyo kwitegura ubwo yagezwaga mu Rwanda mu kwezi kwa mbere. Umushinjacyaha ati “Icyemezo cyo gufunga byagateganyo Mugesera cyafashwe nyuma yamezi atandatu mu gihe nyamara cyakagombye kuba cyarafashwe mu masaha 24 gusa akimara kugezwa mu Rwanda. “ Ibi rero ngo nabyo akaba ari ukumuha umwanya wo kwitegura.
Ku wa Gatanu tariki ya 20 Nyakanga 2012, Urukiko rukuru nibwo rugomba gufata umwanzuro kuri izi mpaka zose kuko Mugesera arasaba ko icyemezo cyurukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge cyateshwa agaciro, ubushinjacyaha nabwo bugasaba ko ubujirire bwa Mugesera bwateshwa agaciro kuko ngo nta shingiro bufite.
Ferdinand Uwimana
|
[
"run_Latn",
"zho_Hant",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn"
] |
allowed
|
d51b8e479e62108acb0dbcfaae91e9a7
|
keep
|
[] |
[
5.5,
6.3,
10,
10,
10,
10,
10,
5,
0
] |
./WIDE-20121027082530-crawl420/WIDE-20121027082710-03939.warc.gz
| 335,647,038 | 10,724 | 41,267 |
http://www.radio10.rw/?p=3159
|
text/html
| 2012-10-27T08:47:09 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] |
[
0.999,
0.001,
0
] |
Ikipe ya Yanga Africans yakiriwe na Perezida Paul Kagame
By Patrick Muneza - Fri Aug 24, 7:31 am
Kumugoroba wo kuri uyu wakane taliki 23 Kanama 2012 Perezida w’uRwanda Paul Kagame yakiriye abakinnyi b’ikipe ya Yanga Africans yo muri Tanzaniya iri mu Rwanda ikaba irimo gukina imikino ya gicuti mu rwego rwo kwitegura shampiyona yo mugihugu cya Tanzaniya.
Perezida Kagame akaba yarashimiye cyane aba bakinnyi ba Yanga bamaze gutwara igikombe CECAFA Kagame Cup inshuro ibyiri zikurikiranye.
Umwe mubakunnyi ba Yanga Africans ukomoka muRwanda, Haruna Niyonzima nawe akaba yaratangaje ko yishimiye kuba nawe yaratwaye iki gikombe kandi bakaba baje kukimurikira Prezida w’uRwanda.
Minisitiri wa Sport Protais Mitali nawe yavuze ko iki gukorwa cy’abakinnyi ba Yanga Africans ngo ni urugero rwiza no kuyandi makipe yo muri aka karere.
Iki pe ya Yanga Africans ikaba iteganya guhura mu mikino ya gicuti n’amakipe akomeye mu Rwanda mbere y’uko isubira muri Tanzaniya gutangira shampiyona y’icyo gihugu.
Jado Castar
|
[
"run_Latn",
"zho_Hant",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"spa_Latn"
] |
allowed
|
5c1c1b43b6954398e3fbe519a9e0c22a
|
keep
|
[] |
[
7.8,
9.7,
10,
10,
10,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121016130334-crawl421/WIDE-20121016135553-02918.warc.gz
| 327,340,863 | 5,710 | 21,651 |
http://ferwafa.rw/amavubi/amavubi?start=36
|
text/html
| 2012-10-16T14:21:13 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] |
[
0.9991,
0.001,
0
] |
Amavubi Latest news
Ikipe y’Amavubi yageze muri Algiers
- Thursday, 31 May 2012
- Webmaster
Ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru mu Rwanda, Amavubi yageze muri Algeria kuri uyu wa kane mbere y’uko bahura na Desert Foxes kuri uyu wa gatandatu mu mukino wo gushaka itike yo gukina igikombe cy'isi kizabera muri Brazil muri 2014.Read more...
Amavubi yitwaye neza ku mukino wa Chad
- Wednesday, 30 May 2012
- Webmaster
Ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru mu Rwanda, Amavubi yashoboye kwitwara neza iganya na Chad igitego 1-1 mu mukino mpuzamahanga wa gicuti wanyuma wabereye i Sousse muri Tunisia kuri uyu wa gatatu.Read more...
Rwanda vs. Chad, 4pm: Abakinnyi babanzamo
- Wednesday, 30 May 2012
- Webmaster
Kuri uyu wa gatatu, ikipe y’igihugu Amavubi irakina n’ikipe y’igihugu ya Chad, Sao mu mukino wanyuma wa gicuti uzakuba saa 16.00 ku i saa ya Kigali.Read more...
Ikipe y’Amavubi irahura na Chad kuri uyu wa gatatu
- Monday, 28 May 2012
- Webmaster
Ikipe y’igihugu Amavubi irakina n’ikipe y’igihugu ya Chad kuri uyu wa gatatu mu mukino wayo wa gatatu wa gicuti uzabera ku kibuga cya Club El Kantoui i saa 16.00 (17.00hrs ku i saa ya Kigali) muri Sousse, Tunisia.Read more...
More Articles...
- Amavubi yatsinzwe na Tunisia
- Tunisia vs. Rwanda: Line-ups
- Tunisia vs. Rwanda (7pm): Algeria 3-0 Niger
- Amavubi muri Sousse, Tunisia
- CECAFA muri congres ya FIFA
- Gutsindwa na Libiya byatwereste ibigomba gukosorwa-Micho
- Amavubi yatsinzwe umukino wa gicuti wayihuje na Libiya
- Blatter saddened by Mafisango's death
- Amavubi yakomeje imyitozo muri Tunisia
- Umukino wa gicuti: Libya vs. Rwanda, 4.00pm
|
[
"eng_Latn",
"run_Latn",
"eng_Latn",
"zho_Hans",
"run_Latn",
"run_Latn",
"eng_Latn",
"zho_Hans",
"run_Latn",
"zho_Hans",
"eng_Latn",
"zho_Hans",
"run_Latn",
"run_Latn",
"eng_Latn",
"zho_Hans",
"run_Latn",
"eng_Latn",
"run_Latn",
"eng_Latn",
"swh_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"eng_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
0c9438f42c9b4fc74869986f13f41107
|
keep
|
[] |
[
5.7,
9,
10,
8.6,
10,
9.4,
9.5,
0,
0
] |
./WIDE-20121016130334-crawl421/WIDE-20121016135553-02918.warc.gz
| 747,658,442 | 4,743 | 13,307 |
http://ferwafa.rw/categoryblog/2418-2013-ayc-qualification-mali-vs-rwanda-1800hrs
|
text/html
| 2012-10-16T14:43:01 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kik_Latn"
] |
[
0.9988,
0.0012,
0
] |
2013 AYC Qualification: Mali vs. Rwanda-18.00hrs
- Friday, 10 August 2012
- Written by Webmaster
Uyu munsi, ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 20 irahura na Mali mu rugamba rutoroshe rwo gushaka tike yo gukina imikino yanyuma y'igikombe cy'afurika izaba umwaka utaha muri Algeria.
Nyuma yo kwitwara neza mu mukino ubanza i Kigali, ikipe y'urwanda irajya muri uyu mukino ifite impamba y'igitego kimwe gusa nyuma yaho umukino ubanza warangiye Amavubi U-20 atsinze Mali 2-1. Ibitego byatsinzwe na Emmanuel Sebanani na Patrick Umwungeli.
Umutoza Richard Tardy aratangaza ko ikipe ye iri bukine uyu mukino ishaka intsinzi kuko ashaka ko igihugu cy'urwanda cyigera mu cyiciro cya gatatu ari na cyo cya nyuma mu guhatanira itike yo kujya mu mikino y’igikombe cy’Afurika kizakinirwa muri Algeria umwaka wa 2012.
"Turabizi ko Mali itaza kutworehera kuko iza kuba ikinira iwayo ariko mfite abasore bameze neza kandi mfite ikizere cy'uko turi bwitware neza tugataahukana itsinzi".
Ikipe y'Urwanda irasabwa kuganya na Mali kugirango ishobore kugera mu cyiciro cya nyuma cy’aya majonjora aho yahura n'ikipe izagutsinda hagati ya Lesotho na Zambia.
Umukino w’u Rwanda na Mali uraba uyu munsi tariki ya 12 Kanama 2012 saa 18.00 z'Ikigali.
Ibihugu birindwi nibyo biziyongera kuri Algeria mu mukino yanyuma y'igikombe cy'afurika umwaka utaha.
Dore Indi Mikino Izagukinwa uyu munsi:
Ghana vs. Uganda
South Africa vs. Congo
Mauritius vs. DR Congo
Nigeria vs. Tanzania
Kenya vs. Egypt
|
[
"swh_Latn",
"eng_Latn",
"eng_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"swh_Latn",
"vec_Latn",
"swh_Latn",
"swh_Latn",
"swh_Latn"
] |
allowed
|
d277cc63efdbeb469ebee5d2563af888
|
keep
|
[] |
[
6.2,
8.1,
10,
9.8,
10,
9.6,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121016130334-crawl421/WIDE-20121016135553-02918.warc.gz
| 751,640,925 | 4,983 | 13,890 |
http://ferwafa.rw/categoryblog/2410-amavubi-u-20-abakinnyi-18-batoranyijwe-kwerekeza-i-bamako
|
text/html
| 2012-10-16T14:45:28 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] |
[
0.9882,
0.0117,
0
] |
Amavubi U-20: Abakinnyi 18 batoranyijwe kwerekeza I Bamako
- Tuesday, 07 August 2012
- Written by Webmaster
Ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 20 irahaguruka kuri uyu wa gatatu yerekeza mu gihugu cya Mali aho igiye kwitabira umukino wo kwishura wo gushaka tike yo gukina igikombe cy’Afurika kizabera muri Algeria mu wa 2013.
Umutoza Richard Tardy yahisemo abakinnyi 18 bazaguhaguruka berekeza I Bamako kuri uyu wa gatatu.
Mu mukino ubanza, Amavubi U-20 yatsinze ibitego 2-1 cya Mali. Iyi kipe irasabwa kwitwara neza kugirango ishobore kugera mu cyiciro cya nyuma cy’ayamajonjora.
Umukino w’Urwanda na Mali uzaba tariki ya 12 Kanama 2012; ikipe y’Amavubi U-20 yitwaye neza izakina n’ikipe izatsinda hagati ya Lesotho na Zambia mu rwego rwo gushaka tike y’igikombe cy’Afurika.
Umutoza Richard Tardy yavuze y’uko ikipe ihagaze neza kandi bamfite ikizere cyo kwitwara neza bagatsinda uyu mukino bikaba fasha kugera mu cyiciro cya nyuma.
Amavubi U-20 yerekeje I Bamako idafite Nirisalike Salomon na Usengimana Faustin.
Ikipe ya Antweerp yo mu Bubiligi yimanye Nirisarike naho Usengimana aracyafite ikibazo cy’imvune cyatumye atazagaragara kuri uyu mukino.
Urutonde rw’Abakinnyi:
1. Olivier Kwizera
2. Steven Ntalibi
3. Michel Rusheshangoga
4. Francois Hakizimana
5. Tibingana Charles Mwesigye
6. Bonny Bayingana
7. Tumaine Ntamuhanga
8. Patrick Sibomana
9. Patrick Umwungeli
10. Emmanuel Sebanani
11. Eric Nsabimana
12. Emery Bayisenge
13. Robert Ndatimana
14. Bonfils Kabanda
15. Jean Marie Rusingizandekwe
16. Hamdan Bariyanga
17. Jean d’Amour Uwimana
18. Julius Bakkaburindi.
Staff:
Gasana Celse (Head of delegation)
Tardy Richard (Head coach)
Nshimiyimana Eric (Assistant coach)
Vincent Mashami (Assistant coach)
Calliope Kabalisa (Goalkeeper’s coach)
Patrick Rutamu (Team doctor)
Kamanzi Emery (Team Manager)
|
[
"kin_Latn",
"eng_Latn",
"eng_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"zho_Hans",
"ltz_Latn",
"ind_Latn",
"lug_Latn",
"lug_Latn",
"kin_Latn",
"lin_Latn",
"run_Latn",
"swh_Latn",
"run_Latn",
"lug_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"ltz_Latn",
"zsm_Latn",
"run_Latn",
"fao_Latn",
"eng_Latn",
"eng_Latn",
"eng_Latn",
"eng_Latn",
"eng_Latn",
"eng_Latn",
"eng_Latn",
"eng_Latn"
] |
allowed
|
ea19b84de5ca2e9e6734b66a52175eee
|
keep
|
[] |
[
5,
7.1,
10,
9.4,
10,
9.4,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121016130334-crawl421/WIDE-20121016135553-02918.warc.gz
| 893,350,634 | 4,721 | 13,344 |
http://ferwafa.rw/competitions/amakuru/2099-igikombe-cya-amahoro-peace-cup-cyabonye-umuterankunga
|
text/html
| 2012-10-16T14:58:41 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"swh_Latn"
] |
[
0.9832,
0.0168,
0
] |
Igikombe cya Amahoro, Peace Cup cyabonye umuterankunga
- Monday, 12 March 2012
- Written by Administrator
Isosiyete ikora iby’itumanaho ya MTN Rwanda rizatera inkunga ingana na miliyoni mirongo itanu n'imwe n'ibihumbi magana ane na mirongo ine z’amanyarwanda (Rwf. 51,440,000) mw'irushanwa ry'igikombe cya amahoro, Peace cup uyu mwaka.
Umunyamabanga Mukuru wa FERWAFA, Michel Gasingwa yavuze ko ayo mafaranga bazayashyikirizwa muri iki cyumweru ndetse ngo ibyo byose bizakorerwa imbere y’itangazamakuru.
Gasingwa yavuze ati, “Muri iki cyumweru turasinya amasezerano na MTN kugirango irushanwa ry'igikombe cya Amahoro ry'uyu mwaka rirusheho kugenda neza,”
Gasingwa Michel akomeza avuga ko irushanwa ry’igikombe cy’Amahoro rizarangira tariki 04 Nyakanga nk’uko bisanzwe buri mwaka.
Ikipe APR FC niyo yegukanye Peace Cup 2011 ubwo yatsindaga Police FC ibitego 4 kuri 2 mu mukino waranzwemo ubwitange ku makipe yombi.
APR FC yahawe igihembo cya miliyoni 5.
Kuba APR FC yatatwaye MTN Peace Cup, ni ukuvuga ko Kiyovu Sports — ikipe ya kabiri muri Primus League — ariyo yaserukiye u Rwanda muri Orange CAF Confederation Cup.
Dore uko amakipe azahura muri ¼:
Police FC vs Marines FC
APR FC vs SEC Academy
Mukura VS vs AS Kigali
Kiyovu Sports vs Rayon SportsLast Updated on Thursday, 19 April 2012 14:43
|
[
"kin_Latn",
"eng_Latn",
"eng_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"zho_Hans",
"zho_Hant",
"lim_Latn",
"eng_Latn"
] |
allowed
|
14499ea1ba935f03b542f024f0b36b28
|
keep
|
[] |
[
6.4,
8.5,
10,
9.8,
10,
9.6,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121016130334-crawl421/WIDE-20121016135553-02918.warc.gz
| 909,867,219 | 5,263 | 20,116 |
http://ferwafa.rw/competitions/amakuru?start=12
|
text/html
| 2012-10-16T14:59:56 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] |
[
0.95,
0.0484,
0.0002
] |
Peace Cup
FERWAFA na MTN basinye amasezerano y'igikombe cya Amahoro
- Thursday, 22 March 2012
- administrator
Ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru FERWAFA ryasinye amasezerano y'ubutera nkunga n'ikigo kitumanaho cya MTN ku igikombe cya Amahoro cy'uyu mwaka ku cyicaro cya MTN i Nyarutarama.Last Updated on Thursday, 19 April 2012 14:37 Read more...
Igikombe cya Amahoro, Peace Cup cyabonye umuterankunga
- Monday, 12 March 2012
- administrator
Isosiyete ikora iby’itumanaho ya MTN Rwanda rizatera inkunga ingana na miliyoni mirongo itanu n'imwe n'ibihumbi magana ane na mirongo ine z’amanyarwanda (Rwf. 51,440,000) mw'irushanwa ry'igikombe cya amahoro, Peace cup uyu mwaka.Last Updated on Thursday, 19 April 2012 14:43 Read more...
Ibihanganjye muri 1/4 cya Peace Cup
- Wednesday, 01 February 2012
- administrator
Ibihanganjye mu mupira w’amaguru hano mu Rwanda — APR FC, Rayon Sports, Kiyovu Sports, Police FC na Mukura VS — byateye intambwe byerekeza muri kimwe cya kane cy'irangiza cy’Igikombe cy'Amahoro (Peace Cup).Last Updated on Thursday, 19 April 2012 14:43 Read more...
Peace Cup: Aho Amakipe Azahurira muri 1/8
- Wednesday, 18 January 2012
- administrator
Amakipe 16 — Interforce FC, APR FC, Rayon Sports, Kiyovu Sports, AS Kigali, Police FC, Mukura VS, Marines FC, Nyanza FC, Unity FC, SEC, Amagaju FC, La Jeunesse, Etincelles FC, ASPOR FC na Bugesera FC — niyo yageze muri 1/8 cy'amarushanwa y’Igikombe cy’Amahoro.Last Updated on Thursday, 19 April 2012 14:44 Read more...
|
[
"eng_Latn",
"run_Latn",
"eng_Latn",
"pol_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"eng_Latn",
"pol_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"eng_Latn",
"pol_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"eng_Latn",
"pol_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
86a27bc04842693be031a730cf7903b4
|
keep
|
[] |
[
5.5,
9.5,
10,
8.3,
10,
8.6,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20120919185526-crawl419/WIDE-20120919203121-00014.warc.gz
| 316,428,228 | 11,243 | 36,885 |
http://www.igihe.com/amakuru/muri-afurika/abarwanyi-ba-fdlr-bafatiwe-mu-nkambi-ya-kanyarushinya.html
|
text/html
| 2012-09-19T20:51:35 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"bem_Latn"
] |
[
0.9843,
0.0158,
0
] |
Inyeshamba 8 za FDLR ziri mu mutwe w’abamayimayi zafatiwe mu nkambi ya Kanyarushinya ku birometero 7 uvuye i Goma mu majayarugru ya Kivu.
Amakuru dukesha Radio Okapi avuga ko batangiye kurasa mu mpande zose baza gufatwa n’ingabo za Leta ya Congo kinshasa (FARDC) banakomeretsa abantu.
Muri iyo mirwano umwana w’umukobwa w’imyaka 10 yakomerekejwe n’isasu ku rutugu ubu ari kuvurirwa mu bitaro, akaba amerewe nabi. Umuvugizi wa Kivu y’Amajyaruguru yavuze ko bakiri gushakisha abandi barwanyi, mu gihe umunani bafashe bashyikirijwe ubugenzuzi bw’ingabo aho bari gukurikiranwa.
Police ishinzwe ingabo muri iyo nkambi yavuze ko bagiye gukazamo gucunga umutekano.
Imitwe itwaje intwaro muri Congo Kinshasa, irimo FDLR iza ku isonga mu kubuza umutekano w’abanyecongo, bigatuma bava mu byabo.
Ifoto hejuru : Impunzi zagiye zihunga imirwano mu majyaruguru ya Kivu
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
49a75c5237d185f86e4f6af8a14462c4
|
keep
|
[] |
[
8.1,
10,
10,
10,
10,
10,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121028152632-crawl417/WIDE-20121028155523-03613.warc.gz
| 980,345,461 | 7,843 | 31,610 |
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1208181043
|
text/html
| 2012-10-28T16:48:14 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] |
[
0.9453,
0.0547,
0
] |
Ku isabukuru ye y'amavuko Producer Bernard Bagenzi yaguze imodoka
Ku itariki ya 18 Kanama buri mwaka Bernard Bagenzi, umusore uzwi nk’umwe mu bahanga mu gutunganya mashusho y’indirimbo mu Rwanda yizihiza isabukuru ye y’amavuko. Kuri iyi nshuro yizihiza imyaka 25 y'amavuko akaba yashyize ahagaraga imodoka y’ivatiri yaguze.
Bagenzi Bernard wavutse ku itariki ya 18/08/1987.
Abinyujije ku rubuga rwa Facebook, uyu musore yashyize ahagaragara ifoto y’ivatiri avuga ko ariyo ya mbere atunze kuva yavuka.
Bernard akaba yagize ati: “MY FIRST CAR imyaka yiyongera ibitangaza byiyongera ( dreams come true)” Ngo imodoka yanjye ya mbere…..(Inzozi zibaye impamo).
Iyi niyo modoka nshya ya Bernard.
Producer Bernard yamenyekanye mu Rwanda kubera gutunganya amashusho y’indirimbo zakunzwe zirimo Aho ruzingiye, Warambeshye n’Imitoma za Kamishi, Ndagukunda nzapfa ejo na Kubwawe za Uncle Austin, Igikwiye ya Dany Nanone, indirimbo zose z’amashusho z’umuhanzi Khizz, Turi abana b’u Rwanda ya Kizito Mihigo, Adelphine ya Knowless mu busanzwe akaba afite inzu itunganya umuziki yitwa THE ZONE.
Kugeza ubu niwe uheruka igihembo cy’umuntu utunganya amashusho y’indirimbo mu bihembo bya Salax Awards.
Uyu musore kandi niwe wafataga amashusho y’irushanwa rya Primus Guma Guma Superstar II, amashusho yagaragara kuri televiziyo y’u Rwanda cyane cyane mu gihe cy’ama Road shows.
Producer Bernard kandi anavugwaho kuba yaba akundana n’umukobwa wigeze kuba Miss MKU 2011-2012 witwa Fadia Uwera gusa aya makuru akaba ataremezwa burundu n’aba bombi.
Jean Paul IBAMBE.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"sag_Latn"
] |
allowed
|
e1bfb71fe6f0d92e0740080204ca4ae8
|
keep
|
[] |
[
6.5,
8.8,
10,
9.7,
9.4,
10,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121021121349-crawl410/WIDE-20121021131937-02899.warc.gz
| 999,052,815 | 11,215 | 55,497 |
http://umuseke.com/?p=42562
|
text/html
| 2012-10-21T14:01:28 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] |
[
0.9959,
0.0042,
0
] |
Kuri uyu wa mbere nibwo ‘transfer’ ya Alex Song ava muri Arsenal agana muri FC Barcelona yarangijwe nyuma y’ubwumvikane bw’amakipe yombi.
Ku myaka 24, Song yasinye amasezerano y’imyaka itanu nyuma y’uko Arsenal ihawe miliyoni 15 z’amapound.
Kuri uyu wa mbere mu gitondo, nibwo uyu munya Cameroun wavukiye i Douala yakorewe isuzumwa ry’ubuzima bwe i Barcelona.
Kugenda kwa Song byanuganuzwe kuwa gatandatu ubwo byagaragaye ko ku mukino wa Arsenal na Sunderland (0 – 0) Song atigeze ashyirwa ku rutonde rw’abakinnyi bashobora gukoreshwa.
Nyuma yo kumvikana kwa Barca na Arsenal, kuwa kabiri tariki 21 Kanama 12h z’amanywa ku isaha yo mu Rwanda nibwo azerekanwa nk’umukinnyi mushya wa Barcelona.
Song yari asigaje imyaka ibiri ku masezerano ye muri Arsenal yagezemo afite imyaka 17 mu 2005 avuye muri Bastia mu Ubufaransa aguzwe miliyoni 2.75 z’amapound nyuma yo kuba yari yaje atijwe.
Alexandre Song avuye muri Arsenal abayobozi bamushinja imyitwarire mibi, yatangiye kugira nyuma y’uko ibiganiro ku kongera umushahara (£55,000/ku cyumweru) n’amasezerano ye bitagenze neza hagati ye n’abayobozi ba Arsenal, Song ngo yatangiye gukerererwa imyitozo, gukorana ubushake bucye mu myitozo itegura shampionat, no kwanga gukurikiza amabwiriza y’abatoza, ibi ngo byatezaga imyiryane muri bagenzi be.
Muri Barcelona, uyu mukinnyi ukomeye wo hagati mu bashinzwe kwaka umupira (casseur), azajya ahembwa agera ku £70,000 mu minsi irindwi.
Mu kwishumbusha, biteganyijwe ko muri iki cyumweru umunya Turquie Nuri Sahin nawe ukina hagati muri iki cyumweru azagera mu ikipe ya Arsenal, ku ntizanyo avuye muri Real Madrid.
Egide RWEMA
UMUSEKE.COM
Barca noneho karabaye real madrid kayibayeho tuzayitsinda kabisa
Arimurwanyuma
we barababeshye! aho van persie yagiye ntibastinzwe.ikipe si umuntu umwe, dufite abakinnyi kandi tuzatsinda, professor mumureke akore akazi ke
Guhera none nsezeye ku gufana Arsenal, nzongera kuyifana aruko Wenger yavuyemo.
Ntabwo mfana Arsenal ariko imikorere yayo intera wasi wasi nawe umusore nka Song wa 24 ans uramutanze, Van Per uti nagende!! Reka Man zombi ndetse na Chelsea,New Castle zikinire ruhago mujye muziha amashyi ntakundi
aha karabaye rero barca irazirasa kahave pe!
Imeze nkikimodok gishaje bakuramo pieces. Wengar nsinzikuntu akorape!
Barca hagire uzongera kuduca twabonye inyuma hameze nkurutare
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"ibo_Latn",
"cat_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
675c097ca15543f7fc4b26d880490d7a
|
keep
|
[] |
[
5.5,
6.9,
10,
10,
10,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121016150133-crawl421/WIDE-20121016162440-02930.warc.gz
| 400,291,627 | 4,425 | 12,529 |
http://ferwafa.rw/amavubi/coach/2112-rwanda-u-20-yatsinze-uganda-hippos
|
text/html
| 2012-10-16T16:50:27 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"swh_Latn"
] |
[
0.9997,
0.0003,
0
] |
Rwanda U-20 yatsinze Uganda Hippos
- Wednesday, 21 March 2012
- Written by Administrator
Ikipe y'igihugu y'abatarengeje imyaka 20 yatsinze Uganda Hippos 2-0 mu mukino mpuzamahanga wa gicuti wabereye i Nakivubo, Kampala kuwa gatatu.
Ibitego by'ikipe y'urwanda byatsinzwe na Emmanuel Sebanani usanzwe ukinira ikipe ya Mukura na Kipson Atuheire ukinira ikipe ya APR hano mu Rwanda. Umukino ubanza ibihugu byose byari byanganyije 1-1 i Kigali mu kwezi kwa kabiri.
Uyu mukino wari ugamije gufasha umutoza Richard Tardy gutegura ikipe y'iguhugu mbere yuko batangira gukina imikino nyafurika y’amanjojora y’igikombe cya Afurika cy’abaterengeje imyaka 20.
U’Rwanda ruzakina na Namibia naho Uganda ikine na Mozambique mu kwezi gutaha.Last Updated on Thursday, 19 April 2012 14:46
|
[
"run_Latn",
"eng_Latn",
"eng_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
e6c0d93afe4246a7cd1d458c29e6ee0a
|
keep
|
[] |
[
7,
9.6,
10,
9.8,
10,
9.3,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121016150133-crawl421/WIDE-20121016162440-02930.warc.gz
| 703,628,172 | 2,503 | 4,941 |
http://ferwafa.rw/competitions/first-division/2505-rayon-sport-amagaju-ku-mukino-wanyuma?tmpl=component&print=1&layout=default&page=
|
text/html
| 2012-10-16T17:04:22 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] |
[
0.9867,
0.0133,
0
] |
Rayon Sport na Mukura zirahura ku mukino wanyuma w’irushwanwa ‘Agaciro Development Fund’ uteganyijwe kuri iki cyumweru kuri Sitade Amahoro.
NB: Muri iki gikorwa, twese dusabwe kwishura; kereste abazaba baje mukazi, hishura ubishatse.
Kuri uyu wa gatandatu, nibwo kimwe cya kabiri cy’iyi rushwanwa cyakinywe kuri Sitade Amahoro.
Rayon Sport yihereranye Amagaju maze ayinyagira ibitego 6-1. Ibitego bya Rayon Sport byatsinzwe na Papy Kamanzi (2), Sina Jerome (2), Aphrodise Hategekimana na Fuadi Ndayisenga.
Mu w’undi mukino, Mukura yatsinze SC Kiyovu 1-0. Umukinyi w’umukameroni Bertrand Yusa niwe watsinze igitego cya Mukura.
Umukino wa nyuma uraba kuri iki cyumweru kuri Sitade Amahoro I saa 15.30.
Ibiciro byo kwinjira: Ahadatwikiriye: 1000frw; Ahatwikiriye impande za VIP: 2000frw; VIP :5000FRW.
Agaciro Dev’t Fund Tourney
Kuwa Gatandatu
SC Kiyovu 0-1 Mukura
Rayon Sport 6-1 Amagaju
Ku Cyumweru
Mukura vs. Rayon SportLast Updated on Sunday, 16 September 2012 06:59
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"eng_Latn",
"run_Latn",
"tur_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"eng_Latn"
] |
allowed
|
14092372eba526a6e346a2edbc107377
|
keep
|
[] |
[
6,
9,
10,
9.1,
10,
9.2,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121016150133-crawl421/WIDE-20121016162440-02930.warc.gz
| 928,190,984 | 7,135 | 48,347 |
http://ferwafa.rw/competitions?start=32
|
text/html
| 2012-10-16T17:15:31 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"swh_Latn"
] |
[
0.9912,
0.0088,
0
] |
National Football League-Lead Scorers
1. Ochaya Slyva (AS Kigali)- 2
2. Jimmy Mbaraga (AS Kigali)-2
3. Adolphe Hakundukize (Amagaju)-2
4. Jean Claude Iranzi (APR) - 2
5. Justin Mico (Isonga) - 2
2012/13 National Football league
Competitions
Ikigo cya Kimisagara Football for Hope kigiye gutahwa
- Sunday, 30 September 2012
- Webmaster
Ikigo cya Kimisagara cyitwa “Football for Hope Center” cyubakiwe Ishyirahamwe rya AJSK-Espérance ku nkunga y’Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru ku isi (FIFA) kizatahwa ku mugaragaro kuwa kabiri tariki ya 2 Ukwakira 2012.Read more...
AS Kigali yegukanye igikombe cya shampiyona y’abagore
- Monday, 30 July 2012
- Webmaster
AS Kigali yegukanye igikombe cya shampiyona y’abagore ya 2011/2012 nyuma yahoo inyagiye Urumuri ibitego 24-0 kuwa gatandatu kuri sitade ya Ferwafa.Read more...
Police, APR na Rayon Sports zatahanye itsinzi
- Thursday, 21 June 2012
- Webmaster
Amakipe atatu: APR, Police na Rayon Sport ahabwa amahirwe yo kwegukana igikombe cy’Amahoro cy’uyu mwaka yabonye instinzi mu mikino ibanza ya 1/4 yakinwe yabaye kuri uyu wa kane.Read more...
SC Kiyovu yafashe umwanya wa mbere
- Saturday, 29 September 2012
- Webmaster
Nyuma yo gutsinda AS Kigali, ikipe ya SC Kiyovu yahise izamuka ku mwanya wa mbere ku rutonde rwa shampiyona y’icyiciro cya mbere n’amanota icyenda mu mikino itatu.Read more...
|
[
"eng_Latn",
"gla_Latn",
"gla_Latn",
"kin_Latn",
"zho_Hant",
"kin_Latn",
"eng_Latn",
"eng_Latn",
"run_Latn",
"eng_Latn",
"zho_Hans",
"run_Latn",
"run_Latn",
"eng_Latn",
"zho_Hans",
"run_Latn",
"run_Latn",
"eng_Latn",
"zho_Hans",
"run_Latn",
"run_Latn",
"eng_Latn",
"zho_Hans",
"run_Latn"
] |
allowed
|
ba7af68f3faa24dc322422e4af1fc014
|
keep
|
[] |
[
5.7,
9,
10,
8.8,
10,
9,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029041514-03693.warc.gz
| 3,892,571 | 7,238 | 29,713 |
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1206221214
|
text/html
| 2012-10-29T04:15:33 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] |
[
0.9978,
0.0022,
0
] |
Police FC yihimuye kuri FC Marines mu gikombe cy'Amahoro.
Kuri uyu wa Kane hakinwe imikino itatu ibanza ya 2/4 cy’Irangiza mu gikombe cy’amahoro. Ikipe ya Police FC yarangije shampiyona iri ku mwanya wa kabiri yanyagiye FC Marine yayitesheje amanota mu minsi ya nyuma ya shampiyona ikaba yayitsinze ibitego 5-1.
Mu mukino wabereye i Rubavu abasore ba Police FC ntago bongeye gukora ikosa nk’iryo bakoze FC Marine ibatesha igikombe cya shampiyona kuko yayinyagiye akayabo k’ibitego byatsinzwe na Rivaldo, Jacque Tuyisenge na Kagere Meddie watsinze bitatu.
Kuri stade Amahoro naho habereye imikino ibiri, uwambere wahuje APR FC na Sec Academy urangira APR itsinze ibitego 3-1. Ibitego bya APR byatsinzwe na Papy Faty bibiri hamwe na Lionel naho icya SEC gitsindwa na Isaac Songa.
Umukino wari utegerejwe wahuje Kiyovu Sports na Rayon Sports, Rayon Sports niyo yatahanye intsinzi y’igitego kimwe kubusa 1-0 kinjiye mu gice cya kabiri gitsinzwe na Fuadi Ndayisenga.
Imikino yo kwishyura ikaba iteganyijwe mu mpera z’iki cyumweru aho kuwa gatandatu Mukura VS izakina AS Kigali naho ku cyumweru hakine amakipe yakinnye uyu munsi.
Rutaganda Ponny.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"scn_Latn"
] |
allowed
|
e77424dab619a9e92b10fa8d1c054581
|
keep
|
[] |
[
8,
10,
10,
10,
10,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029041514-03693.warc.gz
| 13,352,349 | 7,256 | 30,061 |
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1205250759
|
text/html
| 2012-10-29T04:16:21 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] |
[
0.9802,
0.0198,
0
] |
Amavubi yimukiye ahitwa Sousa kwitegura umukino wa gicuti na Tuniziya.
Ikipe y’igihugu Amavubi ikomeje imyitozo mu gihugu cya Tuniziya aho imaze gukina umukino umwe wa gicuti yatsinzwemo na Libya 2-0. Muri iki gitondo ikaba yimukiye ahitwa Sousa mu rwego rwo kwitegura undi mukino uzayihuza na Tuniziya ku cyumweru.
Kubera urugendo Amavubi yakoze yerekeza Sousa imyitozo ya mugitondo ntiyabashije kuba, ikaba iza gukomeza ku mugoroba no kuwa gatatandatu.
Urwanda rukaba rwaherukaga gukina na Tuniziya mu mwaka wa 2004 mu mikino y’amatsinda y’igikombe cy’Afurika, umukino warangiye Tuniziya itsinze ibitego 2-1.
Uyu mukino wa gicuti akaba ari nawo wa nyuma bakinnye mbere y’uko berekeza muri Algeriya ku italiki 31 Gicurasi mu mukino wo gushaka tike y’igikombe cy’Isi.
Ikipe ya Tuniziya bagiye gukina akaba ari ikipe ikomeye dore ko ihagaze ku mwanya wa 56 ku rutonde rukorwa na FIFA.
Source: new times
Rutaganda Ponny
|
[
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"eng_Latn",
"scn_Latn"
] |
allowed
|
426ff87d59c900a6706724746086bfac
|
keep
|
[] |
[
7.4,
9.2,
10,
10,
10,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029041514-03693.warc.gz
| 17,518,963 | 7,428 | 30,259 |
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1205241124
|
text/html
| 2012-10-29T04:16:36 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] |
[
0.997,
0.003,
0
] |
Abakinnyi batanu ba Rayon sports bahamagawe mu ikipe y'igihugu y'Abarundi.
Abakinnyi batanu ba Rayon sports b’Abarundi bahamagawe mu ikipe y’igihugu yabo igomba gukina umukino wo kwishyura na Zimbabwe mu gushaka itike y’igikombe cy’Afurika 2013 kizabera muri Afurika y’Epfo.
Muri abo bakinnyi batanu ba Rayon bahamagawe mu Ntamba mu Rugamba, bane bari basanzwe bakina ndetse bagaragara muri iyi kipe mu mikino itandukanye, undi ni Mbanza Hussein wari waravunitse, ariko wakize ndetse wari umaze iminsi akorera imyitozo muri Atletico yo mu cyiciro cya mbere i Burundi.
Usibye Mbanza Hussein wa Rayon ndetse wari umaze iminsi ataikinira kubera imvune , abandi bakinnyi ba Rayon bahamagawe ni kapiteni wayo Nizigiyimana Karim uzwi ku izina rya Makenzi, Tambwe Ndayisaba Floribert, Fwadi Ndayisenga na Amissi Ciza Cedric.
Ikinyamakuru Izuba Rirashe kiganira na kapiteni wa Rayon, Makenzi ku wa 22 Gicurasi 2012 yavuze ko bashimishijwe no guhamagarwa n’umutoza mushya w’Umunyamisiri wasimbuye Adel Amrouche ndetse ngo bategereje amatike kugira ngo bajye i Burundi.
Makenzi akomeza avuga ko Amissi Cédric we yamaze kugera i Burundi ubu ariyo yatangiye imyitozo.
Makenzi avuga ko byanze bikunze ku wa mbere tariki ya 28 Gicurasi 2012 nabo bazaba bageze i Burundi bagatangira imyitozo nta kibazo.
Ikipe y’igihugu y’Abarundi Intamba mu Rugambwa izakina na Zimbabwe mu mukino wo kwishyura wo gushaka itike y’igikombe cy’Afurika 2013.
Source:izuba rirashe.
Munyengabe Murungi Sabin.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"jav_Latn"
] |
allowed
|
a6380503c345fae8ba409b876358b145
|
keep
|
[] |
[
5.9,
7.3,
10,
10,
10,
9.9,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029041514-03693.warc.gz
| 66,249,586 | 7,152 | 29,732 |
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1205020515
|
text/html
| 2012-10-29T04:20:33 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] |
[
0.9993,
0.0007,
0
] |
Shampiyona y'icyiciro cya 2: Amakipe 4 akomeza muri 1/2 aramenyekana kuri uyu wagatatu.
Shampiyona y’icyiciro cya kabiri igeze muri 1/4 imikino yo kwishyura iteganyijwe kuri uyu wagatatu ubwo amakipe 4 akomeza muri 1/2. Mbere y’imikino amakipe yose akaba afite amahirwe yenda kungana dore ko imikino ibanza yaranzwe no kunganya.
Ikipe ya AS Muhanga niyo kipe ihabwa amahirwe menshi yo gukomeza nyuma yo gutsindira Interforce 1-0 ku kibuga cyayo.
Amakipe yose akaba ahatanira umwanya umwe gusa kugirango azamuke mu cyiciro cya mbere nyuma y’imikino ya ½ n’umukino wa nyuma.
Umukino ukomeye ukaba uza guhuza Esperance na Sec Academy kuri stade regional I Nyamirambo. amakipe yombi yanganyije ibitego 2-2 mu mukino ubanza arisobanura mu mukino wo kwishyura.
Indi mikino iteganyijwe Rwamagana irakira Gasabo, Intare FC ikine na Musanze mugihe Muhanga iba yakira Interforce.
Dore ko imikino ibanza yagenze
Rwamagana 0-0 Gasabo
Sec Academy 2-2 Esperance
Musanze 1-1 Intare
Interforce 0-1 Muhanga
Rutaganda Ponny
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn",
"srd_Latn",
"kin_Latn",
"swh_Latn",
"scn_Latn"
] |
allowed
|
65cd0830ea289ccd9c740142fb64d816
|
keep
|
[] |
[
7.4,
9.6,
10,
10,
10,
9.7,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029041514-03693.warc.gz
| 69,317,567 | 7,255 | 29,876 |
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1205300429
|
text/html
| 2012-10-29T04:20:55 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] |
[
0.9972,
0.0028,
0
] |
Umutoza w'Amavubi Micho arizeza abanyarwanda kwitwara neza mu mikino isigaye.
Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi arizeza abafana ko noneho ikipe ye yitegura gukina umukino wa gicuti na Chad kuri uyu munsi, iza gukina umukino mwiza ariko utanga umusaruro.
Bitandukanye n’imikino ibiri ya gicuti batsinzwe na Libya 2-0, Tuniziya 5-1 Micho arasaba abanyarwanda kudatera icyizere ikipe yabo kuko amakosa yakozwe biteguye kuyakosora.
Muri uyu mukino umutoza micho akaba ateganya kugerageza abakinnyi be bwa nyuma azakuramo abo azifashisha muri Algeriya.
Amakipe yombi akaba yumvikanye ko byemewe gusimbuza ikipe yose mu rwego rwo guha amahirwe abakinnyi bose ngo bigaragaze.
Gutsinda uyu mukino ku ruhande rw’Amavubi bikaba byabongerera icyizere mbere y’umukino bazakina na Algeriya kuri uyu wa gatandatu.
Dore abakinnyi 11 bari bubanze mu kibuga:
NDOLI, EMERY, IRANZI, MBUYU, SALOMON, BERCY, MIGGY, HAROUNA,BIRORI, KAGERE, KAREKEZI.
Rutaganda Ponny.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sag_Latn",
"scn_Latn"
] |
allowed
|
2c7a94501bccc5c98e0b906aa7b513c0
|
keep
|
[] |
[
6.8,
8.7,
10,
9.8,
10,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029041514-03693.warc.gz
| 129,300,530 | 7,319 | 30,338 |
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1205040408
|
text/html
| 2012-10-29T04:22:39 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] |
[
0.9787,
0.0213,
0
] |
Amarushanwa ya Copa Coca-Cola arakomeza mu mpera z'iki cyumweru.
Amarushanwa y’umupira w’amaguru hagati y’amakipe y’abana bari munsi y’imyaka 17 biga mu mashuli yisumbuye, rizwi ku izina rya Copa Coca-Cola rirakomeza guhera kuri uyu wa Gatandatu tariki 05 Gicurasi 2012 no ku cyumweru ndetse hakaba hari n’imikino izaba ku wa gatatu w’oicyumweru gitaha.
Uko imikino iteganyijwe kuba:
Kuwa Gatandatu Tariki ya 05/05/2012
-Rubavu-Nyabihu ni ku kibuga cy’umupira cya Nyabihu
Ku cyumweru Tariki ya 06/05/2012.
Gicumbi-Gasabo : ni ku kibuga cya Gicumbi
Kayonza-Gatsibo : ku kibuga cya Gatsibo
Nyagatare-Rwamagana : ku kibuga cya Kaminuza
Ruhango-Nyanza : ku kibuga cy’umupira cya Ruhango
Kamonyi-Kicukiro : ku kibuga cya Kamonyi
Ngoma-Kirehe : ku kibuga cya Kirehe
Huye-Nyaruguru : ku kibuga cya Nyaruguru
Kuwa Gatatu Tariki 09/05 2012.
Karongi-Rutsiro : ku kibuga cya Rutsiro
Kuri buri Karere, hagiye hari amakipe abiri, iy’abahungu n’iyabakobwa.
Biteganyijwe ko amakipe atatu ya mbere azatsinda iri rushanwa azahembwa uturutse ku ikipe ya mbere Ibihumbi 500, iya kabili 300 naho iya gatatu ibihumbi 200, hanyuma abakinnyi babili ba mbere bazitwara neza bakazitabira amahugurwa mpuzamahanga y’umupira w’amaguru.
Jean Paul IBAMBE.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"sag_Latn"
] |
allowed
|
eeaa30bae819abc70a1d4e4feb91bc61
|
keep
|
[] |
[
6.5,
9.6,
10,
9.4,
9.2,
9.3,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029041514-03693.warc.gz
| 138,051,898 | 7,353 | 31,320 |
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1205040415
|
text/html
| 2012-10-29T04:23:24 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] |
[
0.9927,
0.0073,
0
] |
Reba uko Real Madrid bishimiye igikombe mu rwambariro.
Mu ijoro ryo kuwa gatatu ikipe ya Real Madrid nibwo yegukanye igikombe cya shampiyona ya Esipanye nyuma y’imyaka itatu cyarihariwe na mukeba wayo FC Barcelone. Ibyishimo byari byose ku kibuga St Mames ubwo Real Madrid yatsindaga Atletic Bilbao igahita irusha amanota 7 iyikurikiye mugihe hasigaye imikino 2 gusa.
Nyuma y’iyi ntsinzi abakinnyi ba Real Madrid berekanye ibyishimo byinshi ku kibuga, ariko bageze no mu rwambariro bakomeje kubyina. Pepe na Marcelo berekanye ubuhanga bwabo mu kubyina injyana ya Salsa.
REBA HANO UKO BYARI BYIFASHE:
Rutaganda Ponny.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"scn_Latn"
] |
allowed
|
ec89c6233d8b3b8851d37039718b4f22
|
keep
|
[] |
[
7.7,
9.5,
10,
10,
10,
10,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029041514-03693.warc.gz
| 139,813,939 | 7,426 | 30,167 |
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1205050251
|
text/html
| 2012-10-29T04:23:33 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] |
[
0.936,
0.064,
0
] |
Amavubi y'abatarengeje 20 yasezereye Namibiya kuri 2-1. Bategereje Mali.
Ikipe y’igihugu y’abasore batarengeje imyaka 20 yongeye gushimisha Abanyarwanda isezerera Namibiya kuri stade Amahoro i Remera iyitsinze ibitego 2-1. Amavubi akaba azahura na Mali mu cyiciro cy’amajonjora gikurikira.
Ikipe ya Namibiya yatsindiwe iwayo mu mukino ubanza ibitego 2-0, yaje i Kigali ishaka intsinzi byibura y’ibitego 3-0. Abasore b’amavubi rero bayeretse ko uwabatsinze ntaho yagiye bongera bayitsinda ibitego 2-1.
Ibitego by’amavubi byatsinzwe na Tumaine bakunze kwita Titi na Nilisarike Salomon. ibitego byose bikaba byabonetse mu gice cya kabiri.
Amavubi niyo yabanje gufungura Amazamu igice cya kabiri kigitangira igitego cyatsinzwe na Tumaini. Namibiya ntiyacitse intege kuko yaje kucyishyura ku munota wa 55 ku makosa ya ba myugariro b’Amavubi bashatse gucenga imbere y’izamu.
Kuri Stade Amahoro hagaragaye kudashyigikira Amavubi ku ruhande rw’abafana bari bicecekeye ahanini bitewe nuko Amavubi atakinaga umukino mwiza nk’uko babimenyereye hakiyongeraho ko basaga nkabamaze kubona tike yo gukomeza.
Umukino ugiye kurangira myugariro w’Amavubi Nilisarike Salomon yanyeganyeje incundura ahagurutsa abantu bari bakonje. Uyu musore ukina mu cyiciro cya kabiri mu bubiligi mu ikipe ya Antwerp yahise aca intege Namibiya yashakishaga ibitego 2.
N’ubwo Amavubi asezereye Namibiya aracyafite akazi katoroshye imbere ya Mali nayo izwiho kugira ibigo bikomeye byigisha umupira w’amaguru umukino ubanza ukazabera I Kigali.
Rutaganda Ponny
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"scn_Latn"
] |
allowed
|
fcf574b4d32b9f491d86c7cfcca579b1
|
keep
|
[] |
[
6.8,
8.5,
10,
10,
10,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029041514-03693.warc.gz
| 140,678,410 | 7,711 | 31,238 |
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1206271020
|
text/html
| 2012-10-29T04:23:39 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kik_Latn"
] |
[
0.9992,
0.0009,
0
] |
EURO 2012: Espagne ku mukino wa nyuma nyuma yo kwiyunyuguza Portugal.
Ikipe y’igihugu ya Espagne yaraye ibonye itike yo gukina umukino wa nyuma w’igikombe cy’Uburayi(Euro 2012). Ni nyuma yo kwiyunyuguza bigoranye ikipe y’igihugu cya Portugal mu mukino wa 1/2 cy’irangiza.
Espagne yatsindiye gukomeza nyuma y’umukino wamaze iminota mirongo icyenda, hashyirwaho inyongera birinda bigera aho hifashishwa za penaliti rutarabona gica.
Nyuma yo kumara iminota 120 yose, ikipe zicengana, buri yose ibona amahirwe yo kuba yareba mu izamu ariko bikananirana kunyeganyeza inshundura, hifashishijwe za penaliti.
Uyu mukino warimo guhangana gukomeye kubera umusore Christiano Ronaldo kizigenza w’ikipe ya Portugal ariko akaba akinira mu ikipe ya Real Madrid yo muri Espagne isanzwe ihanganye na FC Barcelone ifite abakinnyi benshi mu ikipe y’igihugu ya Espagne.
Nyuma yo gutsinda Portugal penaliti 4 kuri 2, Espagne ku mukino wa nyuma izahura n’ikipe izatsinda hagati y’Ubudage n’Ubutaliyani ku cyumweru tariki ya 01/07/2012.
Espagne iramutse itwaye iki gikombe cy’uyu mwaka bwaba ari ubugira Gatatu igitwaye yikurikiranya, ikaba no kugeza ubu ari nayo ifite igikombe cy’Isi yatwaye mu mwaka wa 2010 muri Afurika y’Epfo.
Reba ukoPenalti zinjijwe:
Jean Paul IBAMBE.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sag_Latn"
] |
allowed
|
9d8a810be609583967a14d02e055f00e
|
keep
|
[] |
[
7.3,
9.8,
10,
10,
9.6,
9.7,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029041514-03693.warc.gz
| 147,325,063 | 7,323 | 30,062 |
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1208120327
|
text/html
| 2012-10-29T04:24:10 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"swh_Latn"
] |
[
0.9905,
0.0095,
0
] |
Tibingana Charles yagurishijwe muri SC Victoria University izamutse mu cyiciro cya mbere uyu mwaka
Umusore w’umunyarwanda wakiniraga Proline Academy ishuri ry’umupira w’amaguru muri Uganda ryashinzwe na Rio Ferdinand myugariro wa Manchester United, yamaze kugurishwa mu ikipe izamutse mu cyiciro cya mbere uyu mwaka SC Victoria University nkuko bitangazwa n’umuyobozi wa Proline academy Mujib Kasule.
Charles Tibingana. Ifoto: Orinfor
Charles Tibingana ni umwe mu basore ikipe ya Proline yagenderagaho dore ko yabarizwaga mu bakinnyi cumi n’umwe babanzamo.
Kwitwara neza muri iyi kipe bikaba byaratumye ahamagarwa mu Mavubi nkuko bikomeza bitangazwa n’igitangazamakuru cy’i Bugande Champreport.com.
Mujib Kasule umuyobozi wa Proline yatangarije iki gitangazamakuru ati: “ nibyo koko twagurishije Charles Tibingana mu ikipe ya SC Victoria University ariko igihe ntikiragera ngo ntangaze amafaranga yaguzwe”
Charles Tibingana abaye umukinnyi wa kabiri wakuriye mu ishuri rya proline ugurishijwe nyuma ya Yasin Mugabi werekeje muri URA FC mu kwezi kwa Nyakanga.
Kuri ubu Tibinga arabarizwa mu ikipe y’igihugu Amavubi y’abatarengeje imyaka 20 yaraye isezerewe na Mali mu gushaka tike yo gukina igikombe cya Afrurika.
Rutaganda Ponny.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"scn_Latn"
] |
allowed
|
011bd8621c2971f1728f2ccb0628a9ce
|
keep
|
[] |
[
7.1,
8.7,
10,
10,
10,
10,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029041514-03693.warc.gz
| 157,184,468 | 7,344 | 30,028 |
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1207200731
|
text/html
| 2012-10-29T04:24:47 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] |
[
0.9782,
0.0218,
0
] |
Ikipe ihagaririye u Rwanda mu mikino Olempike yamaze kugera muri VILLAGE OLYMPIQUE.
Ikipe igizwe n’abakinnyi bakina imikino itandukanye bazahagararira u Rwanda mu mikino Olempike izabera i London mu gihugu cy’Ubwongereza yinjiye muri Village Olempike(aho bacumbikira abitabiriye imikino olempike) iherereye mu burengerazuba bwa London ahitwa Stratford kuri uyu wagatatu.
Iyi kipe ikaba yari imaze ibyumweru bibiri mu myitozo ibanziriza imikino olempike ahitwa Bury St Edmunds.
Amakuru dukesha Kajugiro Fideli urikumwe n’iyi kipe yatubwiye ko abakinnyi bamaze kumenyera n’ubwo umuyanga n’imvura igwa hafi ya burikanya yabanje kubatonda.
N’ubwo bamaze kugera aho bazaba mugihe cy’imikino Olempike ariko hari abakinnyi babiri batarakumwe barimo Adrien Niyoncuti na Niyomugabo Jackson.
Adrien Niyonshuti ukina umukino wo gusiganwa ku magare ari nawe kapiteni uhagarariye abakinnyi baserukiye Urwanda akaba akomeje imyitozo aho biteganyijwe ko azahagera mu ntangiriro z’icyumweru gitaha.
Niyomugabo Jackson ukina umukino wo gusiganwa boga (Swimming) nawe azahagera mu cyumweru gitaha. Jackson akaba akaba ariwe munyarwanda wenyine witabiriye aya marushanwa ku ncuro ya kabiri nyuma ya Beijing muri 2008.
Nkuko yakomeje abidutangariza ibihugu byinshi ntago byari byahagera ariko imyiteguro ni yose kandi abaturage bishimiye abitabiriye iyi mikino.
Rutaganda Ponny.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"scn_Latn"
] |
allowed
|
44e1da96bc8dca63cca5a031496a8a23
|
keep
|
[] |
[
7.2,
8.9,
10,
10,
10,
10,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029041514-03693.warc.gz
| 172,285,360 | 7,566 | 30,619 |
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1208081057
|
text/html
| 2012-10-29T04:25:44 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kik_Latn"
] |
[
0.998,
0.0021,
0
] |
U Rwanda rwagumye ku mwanya wa 125 ku rutonde rwa FIFA.
Ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru mu Rwanda yagumye ku mwanya wa 125 ku rutonde rwa FIFA rwashyizwe ahagaragara kuri uyu wagatatu taliki ya 8 Kanama 2012. Uru rutonde rukaba rukuriza amanota ibihugu bifite bitewe n’uko byitwaye mu mikino byagiye bikina buri kwezi.
Kuba umwanya U Rwanda rwari ruriho utahindutse byatewe n’uko nta mikino rwigeze rukina mu kwezi gushize kwa Nyakanga.
Kuru rutonde kandi nta mpinduka nyinshi zagaragayemo kubera ko amakipe y’ibihugu yabashije gukina ari make dore ko nta marushanwa yabayemo n’abakinnyi bakaba bari mu biruhuko.
Esipanye niyo ikiyoboye urutonde ikurikiwe n’Ubudage hamwe n’abongereza basimbuye Uruguay yasubiye inyuma ho umwanya umwe.
Mu karere ka CECAFA u Rwanda rurimo Uganda niyo iri hafi kuri uru rutonde ku mwanya wa 88 yasubiye inyuma imyanya itatu .
Ibihugu nka Tanzaniya, Kenya, Uburundi byose, bikaba byaje inyuma y’u Rwanda uretse Sudani 104 na Ethiopiya 122.
Urutonde rw’ibihugu 10 bya mbere ku isi
Spain
England
Uruguay
Portugal
Italy
Argentina
Netherlands
Croatia
Denmark
Urutonde rw’ibihugu 10 bya mbere muri Afurika
Cote d’Ivoire 16
Ghana 32
Algeria 34
Libya 38
Mali 39
Egypt 40
Tunisia 41
Gabon 43
Zambia 44
Nigeria 58
Source : Fifa.com
Rutaganda Ponny.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sot_Latn",
"eng_Latn",
"grn_Latn",
"por_Latn",
"zul_Latn",
"grn_Latn",
"knc_Latn",
"eng_Latn",
"ace_Latn",
"run_Latn",
"bam_Latn",
"swh_Latn",
"swh_Latn",
"bam_Latn",
"bam_Latn",
"knc_Latn",
"swh_Latn",
"bam_Latn",
"sot_Latn",
"swh_Latn",
"eng_Latn",
"scn_Latn"
] |
allowed
|
24c79789b8c99138b2a703ddab6bd715
|
keep
|
[] |
[
6.2,
8.4,
10,
10,
10,
9.3,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029041514-03693.warc.gz
| 174,512,009 | 7,365 | 29,997 |
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1207170516
|
text/html
| 2012-10-29T04:25:53 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] |
[
0.998,
0.002,
0
] |
Police FC yamaze kugura rutahizamu wa Atletico Kavumbagu Didier.
Nyuma yaho rutahizamu w’Umurundi Didier Kavumbagu ukinira Atletico yigaragarije ku mukino wa mbere wa CECAFA KAGAME CUP ikipe ye yakinnye na Yanga Africa, Police FC iratangaza ko yamaze kumugura.
Nk’uko bitangazwa n’umunyamabanga mukuru wa Police FC, Katarebe Alphonse mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru Izuba rirashe, yemeza ko uyu musore yamaze kugurwa n’ikipe ya Police FC.
Nyamara ariko umunyamabanga wa Police FC ntago yigeze atangaza igihe uyu mukinnyi yaba yaraguriwe uretse kuba azahita aza muri Police nyuma ya CECAFA.
Ikipe ya Police FC yatakaje ibikombe bibiri yahabwaga amahirwe yo gutwara umwaka ushize yatangaje ko izagura abakinnyi nka batanu Kavumbagu akaba ari uwa mbere baguze.
Muri gahunda kandi iyi kipe ifite harimo guha amahirwe abakinnyi babanyarwanda n’ubwo bahereye ku munyamahanga bagura.
Didier Kavumbagu ni umukinnyi werekanye ubuhanga bwo kureba mu izamu atsinda ibitego bibiri ikipe ya Yanga Africa, kuba yaguzwe na Police FC bishobora kuyifasha mu gihe Kagere Meddie yaba agiye muyindi kipe.
Tubibutse ko ikipe ya Atletico ikinamo Kavumbagu igiye gucakirana na APR FC mukanya ku isaha ya saa saba mu mukino wa kabiri w’amatsinda aho amakipe yombi afite amanota atatu.
RUTAGANDA Ponny.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"scn_Latn"
] |
allowed
|
5a8222c9e9a0e423310c71723c3911a5
|
keep
|
[] |
[
7.2,
9,
10,
10,
10,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029041514-03693.warc.gz
| 175,256,346 | 7,388 | 30,148 |
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1208060235
|
text/html
| 2012-10-29T04:25:57 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] |
[
0.9547,
0.0454,
0
] |
JO: Usain Bolt yongeye kwereka munsi y'ikirenge bagenzi be muri metero 100.
Mu mikino Olempike ikomeje kubera mu mujyi wa London mu Bwongereza, Usain Bolt yaraye yanikiriye ibindi bihangange mu kunyaruka ku isi mu isiganwa rya metero 100 ryari ritegerejwe n’abantu benshi.
Usain Bolt niwe wabanikiye.
Bolt yahise aba umukinnyi wa kabiri mu mateka wegukanye umudali wa zahabu incuro ibyiri zikurikiranya mu mikino olempike muri metero 100.
Akoresheje amasegonda 9.63 gusa Usain Bolt kugeza ubu niwe muntu unyaruka kurusha abandi ku isi. Yakurikiwe na mugenzi we ukomoka Jamaica Yohan Blake umusore ukiri muto hamwe n’umunyamerika Justin Gatlin.
Akandi gahigo kabaye muri iri siganwa n’uko mu bakinnyi umunani baryitabiriye barindwi bose bakoresheje ibihe biri munsi y’amasegonda icumi uretse Asafa Powel wagize akabazo k’imvune.
Urugendo rwa Bolt ntago rurangiriye aha kuko abakunzi be bazongera kumubona muri metero 200 na metero 400.
Usain Bolt.
Tubibutse ko Usain Bolt ariwe ufite agahigo k’isi amasegonda 9.58 nak’imikino olempike amasegonda 9.63 ko gukoresha ibihe bito mu mateka yo gusiganwa metero 100.
Rutaganda Ponny.
|
[
"kin_Latn",
"run_Latn",
"swh_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"zho_Hans",
"run_Latn",
"scn_Latn"
] |
allowed
|
b2bf1393f71b774341a57acca9fcdacc
|
keep
|
[] |
[
6,
7.8,
10,
10,
10,
9.6,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029041514-03693.warc.gz
| 176,066,868 | 7,460 | 30,503 |
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1208070117
|
text/html
| 2012-10-29T04:26:02 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] |
[
0.9917,
0.0083,
0
] |
Habinshuti Fabrice Cisse yakoze impanuka, avubika ukuguru.
Umusore w’Umunyarwanda witwa Habinshuti Fabrice Cissé ukina mu gihugu cya Zambia mu ikipe yitwa Zanaco Fc, yakoze impanuka avunika ukuguru k’iburyo ubwo ikipe ye ya Zanaco yakinaga umukino wa gicuti na Lusaka Tigers Fc ku wa 03 Kanama 2012 ndetse iyo mvune ikaba ishobora kumara igihe kirekire.
Uyu musore w’imyaka 20 yatowe nk’umukinnyi mwiza muri shampiyona ya Zambia mu mwaka w’imikino wa 2011/2012 ndetse akaba yari atangiye gutera imbere.
Habinshuti aganira n’ikinyamakuru Izuba Rirashe ku wa 5 Kanama 2012, yavuze ko yagize imvune yumva isa nk’aho ikomeye, ariko abaganga bamubwiye ko idakabije cyane ashobora kongera gukina vuba nubwo ari kubabara cyane.
Habinshuti ati “ ubwo twakinaga na Lusaka Tigers naravunitse ndetse ubu ndi mu bitaro bikuru by’i Lisaka, ariko indota zanjye ni ukuzakinira Amavubi nubwo navuye mu Rwanda ntazwi ndetse numva nzaba umukinnyi wa mbere ukomeye muri Afurika.” Habinshuti avuga ko muri Zambia azwi cyane ndetse akunzwe cyane kubera akina mu ikipe ikomeye kandi ngo hari n’amakipe amwifuza yo muri Afurika y’Epfo.
Habinshuti Cissé akomeza avuga ko agize Imana imvune ye igakira neza byibuze mu mwaka wa 2013 ashobora kwerekeza muri Afurika y’Epfo cyangwa ku mugabane w’i Burayi.
Habinshuti aherutse guhamagarwa n’ikipe y’igihugu ya Zambia y’abatarengeje imyaka 20, ariko ntiyitabira ubwo butumire.
Source :Izuba rirashe.
|
[
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
aef0a26b8298acf63887f9bc7e0bde53
|
keep
|
[] |
[
5.4,
6.8,
10,
10,
9.8,
9.8,
10,
2,
0
] |
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029041514-03693.warc.gz
| 185,300,083 | 7,125 | 29,404 |
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1208090859
|
text/html
| 2012-10-29T04:26:34 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] |
[
0.99,
0.01,
0
] |
Amavubi U20 yatangiye imyitozo muri Mali.
Ikipe y’igihugu Amavubi y’abatarengeje imyaka 20 yahagurutse mu Rwanda ku munsi w’ejo kuwa Gatatu yahise itangira imyitozo ikigerayo nkuko tubitangarizwa n’umunyamakuru JB Bunani wajyanye nayo.
Ni mu rwego rwo kwitegura umukino wo kwishyura n’igihugu cya Mali mu majonjora y’igikombe cya Afurika kizabera muri Alijeriya muri 2013.
Amavubi U20 yacumbikiwe muri Hoteli iciriritse yitwa Colombus iri mu mujyi wa Bamako, imyitozo bakaba bari kuyikorera kuri stade Oueziz.
Umutoza Richard Tardy wahagurukanye n’abasore be mu Rwanda yijeje abanyarwanda ko ikipe izagerageza kwitwara neza igakomeza mu cyiciro cya nyuma cy’amajonjora.
Inkuru nziza n’uko umukinnyi Nirisarike salomon ikipe ya Antwerp yo mu Bubligi yari yimanye nawe yaraye ageze Bamako akaba ari kumwe n’ikipe.
Rutaganda Ponny.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"scn_Latn"
] |
allowed
|
3e85f82069c49fefb3b2760f91103160
|
keep
|
[] |
[
5.4,
6.7,
10,
10,
10,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029041514-03693.warc.gz
| 186,371,224 | 7,471 | 30,465 |
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1208170835
|
text/html
| 2012-10-29T04:26:38 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] |
[
0.9993,
0.0007,
0
] |
Alex Song nawe agiye kuva muri Arsenal
Umukinnyi ukina hagati mu ikipe ya Arsenal, Alexander Song nawe ashobora kuba agiye kuva mu ikipe ya Arsenal akerekeza muri FC Barcelone. Arsenal iherutse kugurisha kapiteni wayo Robin Van Persie muri Manchester united kuri uyu wa gatatu, yaba ibuze undi mukinnyi ukomeye mbere yuko shampiyona itangira.
Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, Arsene Wenger umutoza wa Arsenal abajijwe niba Song azagurishwa ntago yigeze abihakana ahubwo yavuze ko bishoboka.
Arsene Wenger yagize ati: “ byose birashoboka dufite abakinnyi batandatu cyangwa barindwi bakina hagati. Ni ahantu tudafite ikibazo ahubwo dufite ubwisanzure bwo gufata ibyemezo.”
Ikipe ya Arsenal ikaba ihanganye na Liverpool mu gushaka umukinnyi wo hagati Nuri Sahin ukinira Real Madrid bivugwa ko azasimbura Alex Song mugihe yaba agiye muri FC Barcelone.
Abafana b’ikipe ya Arsenal bakaba bakomeje kubabazwa n’imyitwarire y’ikipe yabo mu kugurisha abakinnyi bakomeye.
Umwaka ushize Arsenal yagurishije uwari kapiteni wayo Fabregas n’abandi bakinnyi bari bayifatiye runini nka Samir Nasri na Gael Clichy.
Tubibutse ko isoko ryo kugura abakinnyi rizarangirana n’uku kwezi kwa Kanama ariko shampiyona ikazatangira ku munsi w’ejo kuwa Gatandatu tariki 18 Kanama.
Source: goal.com
Rutaganda Ponny.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"eng_Latn",
"scn_Latn"
] |
allowed
|
182d7addbebb0bf5b34acd33d4060fa0
|
keep
|
[] |
[
7,
8.6,
10,
10,
10,
10,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029041514-03693.warc.gz
| 194,800,492 | 7,634 | 31,080 |
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1208110158
|
text/html
| 2012-10-29T04:27:00 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] |
[
0.9887,
0.0114,
0
] |
Twese duhagaze neza ariko tugomba gukora cyane tugakomeza mu kindi cyiciro: Emery Bayisenge.
Kuri uyu wa Gatandatu ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 20 iracakirana na Mali mu mukino wo kwishyura. Iyi kipe imaze iminsi itatu yitegurira muri Mali, umutoza wayo Richard Tardy asanga Mali ariyo ihabwa amahirwe ariko ko ikipe ye iri bwitware neza.
Imyitozo ya nyuma bayikoze ku mugoroba wo ku munsi w’ejo kuwa gatanu ku kibuga bari bukinireho cya stade yitiriwe Modibo Keita.
Nk’uko tubikesha umunyamakuru wajyanye n’iyi kipe, Bunani hari abanyarwanda bari mugihugu cya Mali biteguye kuza gushyigikira abasore b’amavubi n’ubwo umubare wabo ari muke.
Mu kiganiro yagiranye na kapiteni w’ikipe y’igihugu U20 Emery Bayisenge aratangaza ko bafite icyizere cyo kwitwara neza ariko ko bagomba gukora cyane dore ko ikipe ya Mali igizwe n’abakinnyi bafite ibigango kandi bakina umukino w’ingufu.
Ati: “twese duhagaze neza ariko tugomba gukora cyane tugakomeza mu kindi cyiciro”
Uyu musore yakomeje avuga ko impamba y’igitego kimwe idahagije ariko yizeza abanyarwanda intsinzi.
Tubibutse ko ikipe iri bukomeze uyu munsi izakina na Zambiya mu cyiciro cya nyuma cy’amajonjora.
Dore urutonde rw’abakinnyi bashobora kubanza mu kibuga:
Kwizera Olivier - Salomon , Emery , Rusingizandekwe JMV, Francois- Eric Nsabimana, Tumaini, D'amaour, Kabanda Bonfils, Bakaburindi Julias ,Sebanani Crespo
Rutaganda Ponny.
|
[
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"swh_Latn",
"scn_Latn"
] |
allowed
|
94d82b67028ae62d70cdb494f6d45792
|
keep
|
[] |
[
6,
7.6,
10,
9.9,
10,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029041514-03693.warc.gz
| 197,363,731 | 7,155 | 29,672 |
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1207200439
|
text/html
| 2012-10-29T04:27:12 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kik_Latn"
] |
[
0.9991,
0.0009,
0
] |
CECAFA KAGAME CUP: APR FC irakina umukino wa nyuma w'amatsinda na Yanga Africa.
Ikipe ihagarariye u Rwanda muri CECAFA Kagame CUP 2012, APR FC iraza gukina umukino wa nyuma w’amatsinda na Yanga Africa ku isaha ya saa cyenda. Aya makipe yombi akaba yaramaze kubona itike yo gukomeza muri 1/4.
Uyu mukino utegerejwe cyane n’abafana ba Yanga Africa ikinira imbere y’abafana bayo aho ishaka kubagarurira ikizere nyuma yo gutsindwa umukino ubanza na Atletico y’Iburundi.
Ikipe ya APR FC isabwa gutsinda uyu mukino kugirango ibone umwanya wa mbere muri iri tsinda bityo izakine n’ikipe idakomeye muri 1/4.
kugeza ubu Atletico niyo ya mbere n’amanota 7 mu itsinda rya gatatu nyuma yo gutsinda Wau Salaam ibitego 5-0 ku munsi w’ejo.
Undi mukino utegerejwe uyu munsi urahuza URA y’Ibugande na Ports yo muri Djibuti mu itsinda rya mbere.
Tubibutse ko mu itsinda rya mbere n’irya gatatu hazakomeza amakipe atatu. Mu itsinda APR FC iherereyemo Wau Salaam niyo yasezerewe hakomeza APR FC, Atletico na Yanga Africa n’ubwo imikino itararangira.
Rutaganda Ponny.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"scn_Latn"
] |
allowed
|
3928116181f3540534e2d8fa89c28589
|
keep
|
[] |
[
8,
10,
10,
10,
10,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029041514-03693.warc.gz
| 201,997,284 | 7,234 | 29,973 |
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1205160437
|
text/html
| 2012-10-29T04:27:39 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"swh_Latn"
] |
[
0.9985,
0.0015,
0
] |
Rutahizamu Didier Drogba muri FC Barcelone umwaka utaha.
Rutahizamu ukomoka mu gihugu cya Cote d’Ivoire Didier Drogba ukinira Chelsea ashobobora kwerekeza muri FC Barcelone nkuko bitangazwa n’ikinyamakuru Sport cyo mu Bwongereza.
Kugeza ubu Didier Drogba amasezerano yari afitanye na Chelsea azarangira nyuma y’umukino wa nyuma wa Champions League.
Ikipe ya Chelsea ikaba ishaka ko yasinya andi ariko azamara umwaka umwe gusa mu gihe Drogba we yifuza imyaka ibiri.
Nkuko iki kinyamakuru kibyemeza ngo Gallardo umujyanama wa Drogba yaba yarasabye ikipe ya FC Barcelone ko yayikinira akaba ariho azasoreza gukina umupira w’amaguru.
Ikindi kinyamakuru cyo mu Bwongereza The sun cyo kirahamya ko FC Barcelone nayo ishaka guha uyu mugabo amasezerano y’imyaka ibiri.
Ikipe ya FC Barcelone ikaba ikeneye Rutahizamu nyuma yaho isezerewe na Chelsea ibifashijwemo na Drogba muri 1/2 cya Champions League.
Nyamara n’ubwo ibi binyamakuru bikomeje kwemeza iyi nkuru, Drogba na FC Barcelone ntacyo baratangaza cyerekeranye no kuba Drogba yakwerekeza Nou Camp.
Source : 7sur7
Rutaganda Ponny
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"fra_Latn",
"scn_Latn"
] |
allowed
|
caad35aaf5c08a7fcf34b7bee526048a
|
keep
|
[] |
[
8,
10,
10,
10,
10,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029041514-03693.warc.gz
| 202,844,504 | 7,558 | 30,791 |
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1205210222
|
text/html
| 2012-10-29T04:27:44 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] |
[
0.999,
0.001,
0
] |
Reba uburyo Chelsea yakuye amata ku munwa Bayern Munich hitabajwe penaliti.
Mu ijoro ryo ku itariki 19/5/2012 nibwo umukino wa nyuma w’igikombe cya UEFA Champions League wahuje Chelsea na Bayern Munich. Iyo babiri baburana , umwe aba yigiza nkana, uyu mukino warangiye Chelsea yegukanye igikombe n’ubwo itahabwaga amahirwe mbere y’umukino.
Bwa mbere mu mateka yayo , Chelsea FC itwaye igikombe cya Champions League ku mukino wa nyuma utari woroshye na gato. Ibifashijwemo na rutahizamu Didier Drogba wishyuye igitego habura iminota ibiri ngo umukino urangire, Chelsea itsinda Bayern kuri penaliti 4 kuri 3.
REBA HANO UBURYO CHELSEA YATSINZE BAYERN HITABAJWE PENALITI:
Ni nyuma y’imyaka myinshi Chelsea igerageza gutwara iki gikombe kuva ubwo yagurwaga n’umuherwe Roman Abrahmovic wazanye abakinnyi benshi bakomeye barimo Didier Drobga, Essien, Ballack n’abandi.
Mu mukino wihariwe n’ikipe ya Bayern Munich yakiniraga ku kibuga cyayo, ntabwo bigeze babasha kubyaza umusaruro amahirwe menshi babonye imbere y’izamu. Chelsea yageze ku mukino wa nyuma ikuyemo amakipe y’ibigugu nka FC Barcelone na Napoli nyamara nta mahirwe yahabwaga.
Munyengabe Murungi Sabin.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"jav_Latn"
] |
allowed
|
2bca6636db21ce2810db1a12aba81e1f
|
keep
|
[] |
[
8,
9.8,
10,
10,
10,
10,
10,
2,
0
] |
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029041514-03693.warc.gz
| 207,338,977 | 7,276 | 29,851 |
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1205210235
|
text/html
| 2012-10-29T04:28:11 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] |
[
0.9973,
0.0027,
0
] |
Montpellier yegukanye igikombe cya shampiyona y'Ubufaransa.
Ikipe ya Montpellier niyo yatwaye igikombe cya shampiyona y’Ubufaransa ku mukino wa nyuma yatsinzemo Auxerre ibitego 2-1. Uyu mukino warangiye nyuma y’indi kubera igihe wamaze wahagaze abafana binjiye mu kibuga.
Ibitego bya Montpellier byatsinzwe n’Umunyanigeriya John Utaka, wishyuye igitego Auxerre yababanje akanarenzaho ikindi.
Ikipe ya Montpellier ikaba yaje gukina uyu mukino isabwa kunganya gusa kuko yarushaga PSG byari bihanganiye umwanya wa mbere amanota 3.
Ku ruhande rwa PSG yatanze amafaranga menshi igura abakinnyi uyu mwaka ishaka igikombe, mu mukino wayo yatsinze Lorient 2-1. Igitego cya Lorient cyatsinzwe na Monnet-Paquet ufite umubyeyi umwe w’umunyarwanda.
Iyi akaba ari incuro ya mbere Montpellier itwaye igikombe cya shampiyona mu mateka yayo, ibifashijwemo n’umukino wo guhuriza hamwe na ba rutahizamu bigaragaje nka Olivier Giroud na Belhanda.
Mu gusoza iyi shampiyona Montpellier niyo yatwaye igikombe n’amanota 83 ikurikirwa na PSG (80), ku mwanya wa gatatu hakaza Lille zose zikazasohokera igihugu muri Champions League.
Amakipe nka Lyon, Bordeaux na Marseille asanzwe akomeye akazakina Europa League.
Source :7su7
Rutaganda Ponny.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"ita_Latn",
"scn_Latn"
] |
allowed
|
79a339082f49fd8c13bfbae0a887d846
|
keep
|
[] |
[
8,
10,
10,
10,
10,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029041514-03693.warc.gz
| 208,199,156 | 7,181 | 29,798 |
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1205201204
|
text/html
| 2012-10-29T04:28:16 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"tat_Cyrl"
] |
[
0.9971,
0.0029,
0
] |
Musanze FC niyo yegukanye igikombe cya shampiyona y'icyiciro cya kabiri.
Ikipe ya Musanze FC yahoze mu cyiciro cya mbere umwaka ushize niyo yatwaye igikombe cya shampiyona y’icyiciro cya kabiri itsinze AS Muhanga kuri Penaliti 5-4 nyuma yo kunganya ibitego 2-2.
Umukino ugitangira buri kipe yari ifite ishyaka ryo kuba yashakisha igitego, nubwo AS Muhanga ariyo yabonye uburyo bwinshi bwo kugera ku izamu ariko ntibubyaze umusaruro, igice cya mbere kiri hafi kurangira, Musanze Fc yabonye igitego cyatsinzwe na Habineza.
Mu gice cya kabiri AS Muhanga yaje ishaka kwishyura uburyo nka bubiri yabonye ntiyabasha kubona igitego, Rutahizamu wa Musanze FC Nyandwi Jaques yaje kwinjiza igitego cya kabiri ku mutwe.
AS Muhanga yabonye penaliti itsinda igitego cyayo cya mbere, igitego cyayongereye ingufu igashakisha igitego cyo kwishyura nacyo cyahise kiboneka .
AS Muhanga mu minota ya nyuma yasatiriye izamu rya Musanze FC cyane, umukino urangira amakipe yombi anganya ibitego 2-2.
Iminota 120 y’umukino yarangiye nta kipe ibashije gutsinda indi amakipe yombi anganya ibitego 2-2, hitabazwa penaliti.
Musanze FC niyo yegukanye umwanya wa mbere muri iyi shampiyona itsinze penaliti 5-4 ihita ihabwa n’igikombe
Rutaganda Ponny.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"scn_Latn"
] |
allowed
|
bfd498cfac2a8c1371f13948dea29cde
|
keep
|
[] |
[
8,
10,
10,
10,
10,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029041514-03693.warc.gz
| 217,906,356 | 7,242 | 29,821 |
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1205170507
|
text/html
| 2012-10-29T04:29:09 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"swh_Latn"
] |
[
0.9989,
0.0011,
0
] |
Ibiganiro hagati ya Van Persie na Arsene Wenger ntacyo byagezeho.
Ikipe ya Arsenal ikomeje kugerageza kumvisha rutahizamu wayo Robin Van Persie ushakishwa na Manchester City kuba yasinya andi masezerano muri Arsenal. Ibiganiro hagati y’impande zombi byabaye ku munsi w’ejo hagati ya Arsene Wenger na Persie bikaba byararangiye batabashije kumvikana.
Van Persie warangije shampiyona ariwe rutahizamu ufite ibitego byinshi 30 arifuzwa n’amakipe y’ibigugu kandi afite amafaranga nka Manchester City na FC Barcelone.
Uyu musore nawe wifuza gukinira ikipe itwara ibikombe ntago bizorohera Arsene Wenger umutoza wa Arsenal kuba yamugumana umwaka utaha.
Ikipe ya Arsenal itifuza gutakaza uyu musore ikaba ishobora gufata icyemezo gikomeye cyo kumukinisha umwaka ku ngufu umwaka utaha kuko amasezerano yasinye azarangira muri2013 nkuko ikinyamakuru Sunsports kibitangaza.
Ikibazo cya Van Persie kikaba kimaze kuba ingorabahizi ku ikipe ya Arsenal ikomeje kujya itakaza abakinnyi bakomeye buri mwaka.
Tubibutse ko Robin Van Persie ariwe watowe nk’umukinnyi wigaragaje muri iyishampiyona n’ishyirahamwe ry’abakinnyi babigize umwuga PFA hamwe n’ishyirahamwe ry’abanyamakuru bandika.
Source: The sun
Rutaganda Ponny.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"eng_Latn",
"scn_Latn"
] |
allowed
|
83de07fdc0bfd295556bdadc63031eaf
|
keep
|
[] |
[
8.1,
10,
10,
10,
10,
10,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029041514-03693.warc.gz
| 325,530,716 | 9,004 | 36,568 |
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1205190608
|
text/html
| 2012-10-29T04:30:49 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] |
[
0.9996,
0.0004,
0
] |
Mu mafoto Chelsea yegukana igikombe Champions League.
Bwa mbere mu mateka yayo ikipe ya Chelsea FC itwaye igikombe cya Champions League ku mukino wa nyuma utari woroshye wayihuzaga na Bayern Munich. Ibifashijwemo na Rutahizamu Didier Drogba wishyuye igitego habura iminota ibiri ngo umukino urangire, Chelsea itsinda Bayern kuri penaliti 4-3.
Ni nyuma y’imyaka myinshi Chelsea igerageza gutwara iki gikombe kuva ubwo yagurwaga n’umuherwe Roman Abrahmovic wazanye abakinnyi benshi bakomeye barimo Didier Drobga, Essien, Ballack n’abandi..
Mu mukino wihariwe n’ikipe ya Bayern Munich yakiniraga ku kibuga cyayo, ntabwo bigeze babasha kubyaza umusaruro amahirwe menshi babonye imbere y’izamu.
Bayern Munich yakomeje gusatira yaje kubona igitego ku munota wa 83 gitsinzwe na Thomas Muller. Didier Drogba akaba yacyishyuye hasigaye iminota ibiri gusa.
Bayern Munich yongeye kwirangaraho mu minota y’inyongera ihusha penaliti yatewe na Roben, umukino urangira ari 1-1 hitabazwa penaliti Chelsea yatsinzemo 4-3.
Amwe mu mafoto y'uyu mukino:
Umunyezamu wa Chelsea yakoze akazi katoroshye muri uyu mukino. Hano yakuragamo penaliti ya Roben.
Umukinnyi Thomas Muller amaze gutsinda igitego cya mbere cya Bayern yari azi ko birangiye!
Drogba amaze guhesha intsinzi Chelsea wari umunezero kuri we.
Abakinnyi ba Chelsea bishimira igitego cya Didier Drogba.
Ibyishimo ku bakinnyi ba Chelsea nyuma yo kwegukana igikombe!!!
Umusore Drogba yakoze akazi gakomeye muri uyu mukino. Abafana, abakinnyi, umutoza... bose bishimiye akazi uyu musore yakoze.
Chelsea yageze ku mukino wa nyuma ikuyemo amakipe y’ibigugu nka FC Barcelone na Napoli nyamara nta mahirwe yahabwaga.
Ikipe ya Chelsea ikaba yahise ibona itike yo kuzakina imikino ya Champions League umwaka n’ubwo itari mu makipe ane ya mbere muri shampiyona nk’uko bisanzwe.
Rutaganda Ponny.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"scn_Latn"
] |
allowed
|
e5167bf86471512f93fe2bd90f84ab84
|
keep
|
[] |
[
8.1,
10,
10,
10,
10,
10,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029041514-03693.warc.gz
| 331,126,891 | 7,425 | 30,107 |
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1205200208
|
text/html
| 2012-10-29T04:31:07 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] |
[
0.9977,
0.0023,
0
] |
Ikipe y'igihugu Amavubi yerekeje muri Tuniziya kwitegura ikipe .
Uyu munsi ku cyumweru tariki ya 20 Gicurasi 2012nibwo ikipe y’igihugu Amavubi yahagurutse i Kigali yerekeza muri Tunisia mu myiteguro y’umukino ubanza w’amatsinda mu gushaka itike yo gukina igikombe cy’isi bazakina na Algeria.
Iyi kipe yabanje gusezerwaho kuwa gatandatu yasabwe na Minisitiri w’Umuco na Siporo kwitwara neza ikazatahukana intsinzi mu gikorwa cyabereye kuri La Palisse Hotel.
Muri uyu muhango nibwo hatangajwe abakinnyi 24 berekeje muri Tuniziya batoranyijwe muri 32 bari bamaze iminsi bakora imyitozo.
Dore urutonde rw’ abakinnyi berekeje muri Tuniziya :
Abazamu: Evariste Mutuyimana (Police FC), Olivier Kwizera (Isonga FC), Ndoli Jean Claude (APR FC)
Abakina inyuma: Ngabo Albert (APR FC), Gasana Eric (APR FC), Jonas Nahimana (AC Leopards), Solomon Nirisarike (Antweerp), Emery Bayisenge (Isonga FC), Ismail Nshutiyamagara (APR FC), Frederick Ndaka (Police FC)
Abakina hagati: Haruna Niyonzima (Young Africans), Hussein Sibomana (Kiyovu Sports), Jean Baptista Mugiraneza (APR FC), Iranzi Jean Claude (APR FC), Tumaine Ntamuhanga (Rayon Sports), Bonny Bayingana (Express FC), Fabrice Twagizimana (Police FC), Amran Nshimiyimana (AS Kigali).
Ba Rutahizamu: Meddie Kagere (Police FC), Olivier Karekezi (APR FC), Elias Uzamukunda (AS Cannes), Sina Jerome (Rayon Sports), Dady Birori (Vita Club), Bokota Labama (Rayon Sports).
Rutaganda Ponny.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"ltz_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"scn_Latn"
] |
allowed
|
1ece7443eb3c6c3624bebff373b1b79f
|
keep
|
[] |
[
5.5,
8,
10,
8.4,
10,
10,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029041514-03693.warc.gz
| 364,587,756 | 8,132 | 31,948 |
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1207280614
|
text/html
| 2012-10-29T04:31:27 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kik_Latn"
] |
[
0.9723,
0.0277,
0
] |
KAGAME CECAFA CUP: APR FC yatashye amara masa.
Kuri uyu wagatandatu taliki 27 Nyakanga 2012 hakinwe imikino ibiri isoza irushanwa rya CECAFA y’amakipe yaberaga mu gihugu cya Tanzaniya. Ikipe ya APR FC yari uhagarariye u Rwanda yatashye amara masa nyuma yo gutsindwa na Vita Club 2-1 mu mukino wo guhatanira umwanya wa gatatu.
APR FC ni ikipe yatangiye amarushanwa neza ndetse iri muzihabwa mahirwe yo kuzegukana iki gikombe ubusanzwe ifite inshuro eshatu.
Vita Club yitabiriye iri rushanwa ku butumire kuko ikomoka mu gihugu cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo itabarizwa mu karere ka CECAFA, niyo yatahanye umwanya wa gatatu n’akayabo k’amafaranga angana n’ibihumbi icumi by’amadorali.
ikipe ya APR FC yaje gukinira umwanya wa gatatu abakinnyi barataye icyizere bafite n’umunaniro nyuma yo gusezererwa na Yanga Afurika muri 1/2 aho bakinnye iminota 120.
Mu mukino nyirizina igice cya mbere cyarangiye Vita Club yamaze kunyeganyeza incundura amakipe yombi ajya kuruhuka ari 1-0.
Igice cya kabiri mugihe APR FC yashakaga kwishyura Vita Club yongeye kureba mu izamu biba 2-0 icyizere cy’umwanya wa gatatu kirarangirira aho. Umukino ujya kurangira APR FC yatsinze igitego cy’impozamarira biba 2-1.
APR FC itashye amara masa nyamara urebye abakinnyi yaguze uyu mwaka ujya gutangira wakwibaza icyo bayimariye dore ko iyi mikino ya CECAFA bakinishaga ikipe imwe gusa itagira abasimbura.
Rutaganda Ponny.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"scn_Latn"
] |
allowed
|
c3898247abc62f5d65939e21b6d77df7
|
keep
|
[] |
[
5.7,
7.1,
10,
10,
10,
9.9,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029041514-03693.warc.gz
| 367,390,891 | 7,242 | 29,778 |
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1209020453
|
text/html
| 2012-10-29T04:31:39 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"swh_Latn"
] |
[
0.9993,
0.0007,
0
] |
Premier League : Arsenal yihanangirije Liverpool 2-0
Imikino yo ku munsi wa gatatu wa shampiyona y’Abongereza yari iteganyijwe kuri iki cyumweru, ikipe ya Arsenal yabonye amanota yayo atatu itsinze Liverpool 2-0.
Umukino ukomeye wari utegerejwe na benshi wahuje Liverpool yari yakiriye ikipe ya Arsenal, mbere y’umukino aya makipe yombi yari atarabona intsinzi kuva shampiyona yatangira. Arsenal yanganyije kabiri naho Liverpool itsindwa rimwe inganya rimwe.
Igice cya mbere umupira wakiniwe mu kibuga hagati ariko Liverpool yakiniraga imbere y’abafana ikanyuzamo igasatira ndetse igahusha n’uburyo bwo gutsinda.
Nyamara ariko Arsenal niyo yabonye igitego ku munota wa 31 gitsinzwe na Podolski ku mupira mwiza yari ahawe na Santi Cazorla wongeye kwigaragaza muri uyu mukino.
Igice cya kabiri Arsenal yagarutse irusha cyane hagati Liverpool maze yongera kureba mu izamu ku munota wa 68 ku ishoti rikomeye rya Cazorla ryanyuze mu kwaha k’ umuzamu wa Liverpool.
Umukino waje kurangira Arsenal itahanye amanota atatu iyaheshejwe n’abasore bayo bashya yaguze uyu mwaka Podolski na Cazorla.
Rutaganda Ponny.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"scn_Latn"
] |
allowed
|
1db667e17dad65142099640340615a9e
|
keep
|
[] |
[
8,
10,
10,
10,
10,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029041514-03693.warc.gz
| 372,181,808 | 7,346 | 29,927 |
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1209031142
|
text/html
| 2012-10-29T04:32:00 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] |
[
0.996,
0.004,
0
] |
Lebron James yashyizeho ibihembo ku bakinnyi ba Liverpool nibatwara igikombe uyu mwaka
Umukinnyi wa Basketball muri NBA, Lebron James ufite imigabane mu ikipe ya Liverpool nyuma yo gutangira nabi shampiyona imaze imikino itatu itaratsinda, yashyizeho ibihembo bishimishije ku bakinnyi mugihe batwara igikombe uyu mwaka.
Afatanyije n’umuraperi Kanye West yabemereye kubatembereza week end yose mu mugi wa Las Vegas muri Amerika uzwiho ibinezeza bitandukanye bikurura imbaga y’abanyamafanga.
Nkuko yakomeje abitangaza ati: “ Kanye West azaba ahari, kandi nta muntu uzi umujyi wa Las Vegas kuturusha. Nzabajyana ahantu 99% batari bagera”.
Hagati aho ariko Lebron James arateganya gusura iyi kipe mu byumweru biri imbere nabwo aherekejwe na Kanye West hamwe na Jay-Z mu rwego rwo kugarurira ikizere abakinnyi b’ikipe ya Liverpool.
Lebron James wahawe igihembo cy’umukinnyi witwaye neza muri NBA ndetse ikipe ye Miami Heat igatwara igikombe cya shampiyona, ni umufana ukomeye wa Liverpool aho yaguzemo n’imigabane mu mwaka ushize.
Abakunzi ba Liverpool rero bashobora kubona ikipe yabo yongeye kwitwara neza nyuma yo gutaramirwa bakanasurwa n’ibyamamare mu muzika Jay-Z na Kanye West.
Source: 7sur7
Rutaganda Ponny.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"fra_Latn",
"scn_Latn"
] |
allowed
|
2c1adbee613f33330a70e23db3baaf62
|
keep
|
[] |
[
6.8,
8.5,
10,
10,
10,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029041514-03693.warc.gz
| 373,706,194 | 7,377 | 30,117 |
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1207301018
|
text/html
| 2012-10-29T04:32:04 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"bem_Latn"
] |
[
0.9783,
0.0217,
0
] |
Umunya-Afurika y'Epfo yabimburiye Abanyafurika mu gucyura umudali wa zahabu mu mikino Olimpiki.
Umudali wa zahabu wa mbere k’umukinnyi ukomoka ku mugabane wa Afurika wamaze kugera mu ntoki z’umunyafurika y’Epfo.
Umukinnyi mu gusiganwa boga ukomoka mu gihugu cya Afurika y’Epfo witwa Van Der Burgh akaba yabashije kuba uwa mbere mu gusiganwa boga metero 100 aho yabashije no guca agahigo ku isi aho yakoresheje amasegonda 58.
Uyu mukinnyi yaje akurikiwe na Christian Sprenger, ukomoka muri Austraria mu gihe umukinnyi ukomoka muri Reta zunze ubumwe za Amerika witwa Brendan Hansen ariwe waje ku mwanya wa Gatatu.
Uyu mukinnyi kugeza ubu ni nawe wananyarutse kuva uyu mukino wakwinjira mu mikino Olimpiki aho yahigitse agahigo kari karaciwe n’umunya-Austaria Brenton Rickard, watwaye umudali wa Zahabu mu mwaka wa 2009 ubu akaba yaje ku mwanya wa Gatandatu.
Source: Jeune Afrique.
Jean Paul IBAMBE.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"fra_Latn",
"sag_Latn"
] |
allowed
|
876d5cb36d1a0d7d65731b0c7143b02b
|
keep
|
[] |
[
8,
10,
10,
10,
10,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029041514-03693.warc.gz
| 391,816,569 | 7,445 | 30,216 |
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1209060323
|
text/html
| 2012-10-29T04:32:35 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] |
[
0.9984,
0.0016,
0
] |
Etincelles FC izakinisha abana benshi baturuka mu karere ka Rubavu uyu mwaka
Nyuma yo gusigirwa igihombo gikomeye n’abakinnyi bakuze batangiranye nayo bakayicaza ku mwanya wa mbere ariko bakaza kuyivamo shampiyona itarangiye, Etincelles FC yarangije ku mwanya wa munani muri shampiyona y’umwaka ushize.
Mu mikino yo kugerageza abakinnyi iyi kipe yakinnye harimo n’umukino wa Musanze FC, iyi kipe yagaragaje abakinnyi bakiri bato ugereranije n’abo yari ifite umwaka ushize.
Umutoza Bizumuremyi Radjab watozaga ikipe ya Marines FC yo mu Karere ka Rubavu, utoza ikipe ya Etincelles FC muri iki gihe, yakurikiwe n’abakinnyi bakiri bato yatozaga mu ikipe ya Marines FC.
Muri abo bakinnyi harimo Olivier, Bitenderi Amir bita Kabuluta, Manishimwe Yves na Habumugisha Claude bita Mussa.
Abandi bakinnyi bato bari muri Etincelles FC ni Mudeyi Akite, Rukundo Protegene, Ndongozi Faradji, Mugabo Ismael bita Prince, Bizimana Djihad, Yahaya bita Nzungu n’abandi bana bavuye mu icyiciro cya kabiri.
Ibi kandi bikaba biri no muri gahunda z’amakipe ya hano mu Rwanda aho amenshi yimeje kutazongera gukisha abakinnyi b’abanyamahanga wasangaga baturuka muri Kongo, Uganda n’Uburundi.
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA naryo rikaba ryarangije gufata gahunda yo kutemera gukinisha abanyamahanga benshi muri shampiyona.
Iri shyirahamwe rigiye gushyiraho itegeko ryemerera abakinnyi 3 gusa ko aribo bazajya bajya u rupapuro rw’umukino. Ibi bikaba bizemezwa mu nama rusanye ya FERWAFA mu mpera z’iki cyumweru.
Source: Orinfor
Rutaganda Ponny.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"fra_Latn",
"scn_Latn"
] |
allowed
|
dfa6151bed51d9806fb8708cfa8170b2
|
keep
|
[] |
[
8,
10,
10,
10,
10,
10,
10,
0,
0
] |
Subsets and Splits
No community queries yet
The top public SQL queries from the community will appear here once available.