Search is not available for this dataset
f
stringlengths 53
165
| o
int64 491
10.6B
| s
int64 466
4.27M
| rs
int64 3
4.17M
| u
stringlengths 16
4.36k
| c
stringclasses 11
values | ts
timestamp[ms] | collection
stringclasses 21
values | lang
sequencelengths 3
3
| prob
sequencelengths 3
3
| text
stringlengths 501
1.28M
| seg_langs
sequencelengths 1
9.45k
| robotstxt
stringclasses 1
value | id
stringlengths 32
32
| filter
stringclasses 1
value | pii
sequencelengths 0
144
| doc_scores
sequencelengths 9
9
|
---|---|---|---|---|---|---|---|---|---|---|---|---|---|---|---|---|
./WIDE-20121021172253-crawl410/WIDE-20121021182358-02934.warc.gz | 560,455,241 | 9,565 | 47,299 | http://umuseke.com/?p=16026 | text/html | 2012-10-21T18:56:46 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] | [
0.9371,
0.063,
0
] | Abasirikare baba Officier 6 b’ababiligi bari mu Rwanda kuva kuri uyu wa gatanu, aho baje gutsura umubano hagati y’igisirikare cy’u Rwanda n’icy’Ububiligi.
Izi ngabo zakiriwe kuri uyu munsi na General Charles KAYONGA, Umugaba mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, mu gitondo cyo kuri uyu wa kane kandi zasuye urwibutso rwa Genocide yakorewe abatutsi mu 1994 rwa Gisozi.
Col.Eeckloo Roony umwe mu ngabo ziri muri uru ruzinduko, yatangaje ko Igisirikare cy’ibihugu byombi kigiye gukorana noneho muri “domaines” nyinshi.
Harimo guhanahana abaganga, gutanga amahugurwa ku buryo bwisumbuyeho, gutanga amahugurwa yo ku rwego rwa “Commando” n’izindi gahunda zo guteza imbere ibisirikare by’impande zombi.
Igisirikare cy’Ububiligi cyumvikanye n’icy’u Rwanda gufatanya mu bikorwa bitandukanye kuva mu mwaka w’2007, mu 2009 nibwo batangiye gushyira mu bikorwa ibyo bari bumvikanye mu 2007.
Aba ba officier bababiligi bazasoza uruzinduko rwabo mu Rwanda kuri uyu wa gatanu tariki 30 Nzeri.
Daddy Sadiki Rubangura
UMUSEKE.COM | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"bjn_Latn",
"cat_Latn"
] | allowed | ad59da180ce2645f91910dc297a8d162 | keep | [] | [
6,
9,
10,
9.7,
8.7,
9.8,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121110011827-crawl417/WIDE-20121110015212-05398.warc.gz | 187,928,648 | 8,430 | 33,934 | http://www.inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1210080235 | text/html | 2012-11-10T02:03:39 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] | [
0.9987,
0.0013,
0
] | Lionel Messi na Cristiano bihariye El Clasico
Abakinnyi babiri nibo bigaragaje mu mukino ukomeye El Classico uhuza FC Barcelone na Real Madrid aho batsinze ibitego byose byabonetse muri uyu mukino warangiye amakipe yombi agabanye amanota atatu.
Rutahizamu wa Real Madrid, Ronaldo niwe wafunguye amazamu ku munota wa 22 ku mupira yari ahawe na Benzema atera ishoti rikomeye mu izamu maze Valdes ahindukira asanga inshundura zinyeganyega.
Lionel Messi ntiyatinze kwishyurira FC Barcelone ku munota wa 30 igitego yatsinze yegeranye umupira uca mu ntoki z’umuzamu Casillas.
Amakipe yagiye mu karuhuko k’igice cya mbere hahushijwe ibitego bitandukanye ku mpande zombi ariko bikiri 1-1.
Igice cya kabiri FC Barcelone yagarutse iri guhuza umukino kurushaho mugihe Real Madrid yakomeje gukina umupira wo kwerekeza ku izamu yihuta ubundi ikagerageza kuzitira hagati ha FC Barcelone.
Lionel Messi yaje gutsinda igitego cyiza kuri kufura ku munota wa 60 nyuma y’ikosa ryari rimaze gukorerwa imbere y’izamu rya Real Madrid.
Hashize iminota itandatu gusa Ronaldo nawe yahise yishyura igitego Messi yari amaze gutsinda ku mupira mwiza yari ahawe na Ozil.
Umukino warangiye ari ibitego 2-2 n’ubwo FC Barcelone yahushije amahirwe yo gutsinda mu minota ya nyuma ariko amashoti akagarurwa n’imitambiko y’izamu.
Nyuma y’uyu mukino nta kindi kiri kuvugwa uretse aba basore babiri bamaze kwiharira imikino ihuza aya makipe.
Ronaldo yahise aca agahigo ko kuba umukinnyi utsinze mu mikino itandatu ikurikirana mugihe Messi abura igitego kimwe ngo anganye na Di Stephano watsinze ibitego byinshi muri iyi mikino ihuza aya makipe bita El Classico.
Tubibutse ko Christiano ariwe watowe nk’umukinnyi witwaye neza muri uyu mukino. Wowe ubona arinde witwaye neza?
Rutaganda Ponny. | [
"hau_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"scn_Latn"
] | allowed | 8b1d66ddb58769cdba5c040873e8c5d1 | keep | [] | [
7.8,
9.7,
10,
10,
10,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121028065407-crawl420/WIDE-20121028071504-04068.warc.gz | 222,161,720 | 11,190 | 42,354 | http://www.radio10.rw/?p=2608 | text/html | 2012-10-28T07:29:19 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"tum_Latn"
] | [
0.8955,
0.1045,
0
] | Impunzi z’Abanyekongo zo mu nkambi ya Nkamira zigiye kwimurirwa mu nkambi ya Kigeme
By Patrick Muneza - Mon May 14, 4:01 pm
Guverinoma y’u Rwanda yafashe icyemezo cyo kwimurira impunzi z’Abanyekongo zimaze iminsi zihungira mu Rwanda mu Nkambi ya Kigeme iherereye mu Murenge wa Gasaka mu karere ka Nyamagabe mu Ntara y’amajyepfo.
Uyu mwanzuro wafashwe ku wa Gatandatu tariki ya 12 Gicurasi 2012 nyuma y’inama yahuje Abahagarariye Guverinoma y’u Rwanda n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Mpunzi, mu rwego rwo gusuzuma uko ikibazo cy’impunzi z’Abanyekongo zikomeje kwiyongera mu Nkambi ya Nkamira cyakemuka.
Kwimurira izi mpunzi mu Nkambi ya Kigeme mu Karere ka Nyamagabe kandi bigamije kubahiriza Amasezerano Mpuzamahanga arebana n’Impunzi asaba ko impunzi zitagomba gutuzwa hafi y’umupaka w’igihugu zaturutsemo.
Kwimura izi mpunzi z’Abanyekongo bigomba gushyirwa mu bikorwa mu gihe kitarenze ibyumweru 3. Kuri ubu Minisiteri y’Imicungire y’Ibiza n’Impunzi, (MIDIMAR,) yashyizeho itsinda, rigizwe n’abakozi muri iyo Minisiteri, Abahagarariye UNHCR, n’abandi bafatanyabikorwa, ryagiye gusura ku Kigeme ahazimurirwa izo mpunzi.
Iryo tsinda rigomba kugaragaza ibikenewe byose kugira ngo inkambi ya Kigeme ibe itunganye bityo ibe yatangira gukoreshwa mu gihe giteganijwe.
Ahazimurirwa izi mpunzi z’Abanyekongo, hahoze hacumibkiye impunzi z’Abarundi, ariko mu mwaka wa 2009, basubira iwabo.
Icyemezo cyo kwimura impunzi z’Abanyekongo zimaze ibyumweru 3 zakirirwa mu Nkambi ya Nkamira iherereye mu karere ka Rubavu, gifashwe nyuma y’aho bigaragaye ko umubare w’izo mpunzi ukomeje kwiyongera, bikarenga ubushobozi bw’iyi nkambi.
Inkambi y’Agateganyo ya Nkamira yari isanzwe yakirirwamo Abanyarwanda batahuka, ikaba ifite ubushobozi bwo kwakira abantu 2600. Ariko kugeza ku wa Gatandatu 12 Gicurasi 2012, muri iyi nkambi hari hamaze kugera impunzi 7847.
Nyuma yo kwimurira izi mpunzi mu nkambi ya Kigeme, Inkambi ya Nkamira izakomeza kwakirirwamo impunzi zambuka umupaka mbere y’uko zijyanwa mu nkambi nshya ndetse no kwakira Abanyarwanda batahuka mbere y’uko bajyanwa mu miryango yabo. | [
"run_Latn",
"eng_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | 1bdb78aa32a1d476612447fc7b11597b | keep | [] | [
5.5,
7,
10,
9.9,
9.6,
9.9,
10,
2,
0
] |
./WIDE-20121028065407-crawl420/WIDE-20121028071504-04068.warc.gz | 704,441,501 | 10,818 | 41,075 | http://www.radio10.rw/?p=1516 | text/html | 2012-10-28T07:51:22 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] | [
0.9883,
0.0117,
0
] | Umuyobozi w’umujyi wa Kampala muri Uganda yongeye gutabwa muri yombi.
By Patrick Muneza - Tue Jan 31, 1:58 pm
George Agaba umuyobozi w’inama y’ubuyobozi y’umujyi wa Kampala yatawe muri yombi na polisi ikorera ku muhanda wa Jinja Road nyuma yo kurekurwa mu mpera z’icyumweru gishize akaba ategereje kujya imbere y’ubutabera.
Agaba ari kumwe n’ushinzwe kumurinda witwa Santos Makmot bari batawe muri yombi mu cyumweru gishize ahitwa Port Bell muri Luzira,bashinjwa urusaku rw’amasasu rwahumvikaniye. Urwo rusaku rw’amasasu ngo rwavuye ku mvururu zitaramenyekana zanahitanye umuntu umwe hakomereka abandi batatu , aya makuru kandi ubuyobozi bw’umujyi wa Kampala nabwo burayemera.
Umuvugizi wa polisi i Kampala Ibin Ssenkumbi yavuze ko ukwidegembya kwa Agaba kwarangiye kuri uyu wa mbere ari nabwo yahise atabwa muri yombi.
Atabwa muri yombi mu cyumweru gishize ndetse akanarekurwa byari byagizwemo uruhare na polisi yaje gutangaza ko ubucamanza bwagaragaje ko Agaba yatawe muriyombi mu buryo butemewen n’amategeko ari nayo mpamvu yari yarekuwe.
Patrick Muneza | [
"run_Latn",
"eng_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | fd3e5add2d1480213f7ebf9892eca2e3 | keep | [] | [
7.9,
9.7,
10,
10,
10,
10,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121026201249-crawl420/WIDE-20121026221331-03933.warc.gz | 652,925,249 | 11,055 | 42,393 | http://www.radio10.rw/?p=72 | text/html | 2012-10-27T08:11:29 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] | [
0.9366,
0.0634,
0
] | Kuba amata aturuka mu nganda zo mu Rwanda ahenze ugereranije n’aturuka hanze, ngo byaba bifitanye isano na politike yo kurengera ibidukikije harwanywa amasashe
By Patrick Muneza - Thu Nov 03, 2:00 pm
urunganda Inyange nka rumwe mu nganda zitunganya ibikomoka ku buhinzi ruvuga ko ibicuruzwa byarwo bigera kw’isoko bihenze kuko biba bifunitse mu masashe atangiza ibidukikije, ariko ko ayo masashe nayo ngo aboneka ku giciro gihanitse.
Inyange ni uruganda rukora umutobe mu mbuto, rukanatunganya amazi anyobwa ndetse n’amata. Muri iki gihe iyo ugeze kw’isoko usanga bimwe mu bicuruzwa bituruka muri uru ruganda bihenze, cyane cyane amata y’uru ruganda. Nkuko bitangazwa n’ubuyobozi bw’uru ruganda ngo impamvu y’ihenda ry’amata y’inyange rifitanye isano n’ibiciro by’umuriro bihanitse ndetse n’ibisabwa kugirango amata ave ku borozi agere ku ruganda bikaba bitwara amafaranga menshi, aha ubuyobozi bw’uruganda bukaba buvuga ko indi mpamvu ituma ibiciro byibikorerwa mu nyange bihenda ari ukuba bitemererwa gupfunyikwa mu masashe ya plastiki hagamijwe kurengera ibidukukije, nkuko politike ya leta yo guca amasashe mu Rwanda ibigena.
Ubwo Ministre w’inganda n’ubucuruzi Francois Kanimba yasuraga uru ruganda, nyuma yo gutambagizwa ibice birugize no gusobanurirwa ibihakorerwa, ikibazo cy’igiciro cy’amata yo mu ruganda inyange cyagarutsweho, Ku bwa Ministre Kanimba, ngo hagomba gutekerezwa uburyo politike yo kurengera ibidukikije itabangamira politike yo guteza imbere inganda.
Ministre Kanimba akaba yagiriye inama uru ruganda ko rwakwifatanya n’amakoperative y’aborozi ndetse n’amakusanyirizo y’amata, bagakora company imwe bityo ibyasabwaga mu rugendo rw’amata kuva ku borozi kugera ku ruganda bikaba byagabanuka.
Litiro y’amata yo mu ruganda Inyange itangirwa amafaranga y’u Rwanda 725 mu gihe umworozi ugurisha amata n’uruganda ahabwa mafaranga 150ku ri littre 1 y’amata, kimwe cya kabiri cya litilo y’amazi y’inyange kikaba kiri ku mafaranga 400, wabara ugasanga umuturage ugurishije littre 2 z’amata atabasha kwigurira nibura agacupa kamwe k’amazi y’inyange. . | [
"run_Latn",
"eng_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn"
] | allowed | e740b5d7881c850f245245f4442799d9 | keep | [] | [
5.9,
7.1,
10,
10,
9.2,
10,
10,
2,
5.7
] |
./WIDE-20121012020249-crawl413/WIDE-20121012022313-00950.warc.gz | 980,512,689 | 13,888 | 51,208 | http://rn.wikipedia.org/wiki/Kanada | text/html | 2012-10-12T02:31:13 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"swh_Latn"
] | [
0.9997,
0.0003,
0
] | Kanada
Kanada n’igihugu cakira abimuka bava mu bindi bihugu. Abo bita Abanyagihugu ba mbere na Inuit ni bo bonyene badafise abakurambere batimukiye muri Kanada. Abantu baje muri Kanada kugira ngo baronke umutekano, bahunge gutotezwa,kandi bizere ubuzima bwiza. Birashoboka nawe waje kubera impamvu zisa nizo.
Abakozi benshi mu kigo gifasha gutura nabo bari abimuka. Benshi bavuga izindi ndimi wongereyeko Icongereza canke Igifaransa.
Kanada yakira abimukira barenze 200,000 buri mwaka. Abageze kuri bane kw’ijana (4%) , ni impunzi nka we zifashwa na Leta. Ivyo birashoboka kubera ikori itangwa n’abandi banyagihugu ba Kanada. | [
"fao_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | c57fd6061c4e9347ac2f0b0dffbcfbe3 | keep | [] | [
8,
10,
10,
9.9,
10,
10,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121213041522-crawl410/WIDE-20121213085352-06720.warc.gz | 790,658,908 | 3,473 | 9,428 | http://todascifras.com.br/t/1550122/tokio--southend--letra | text/html | 2012-12-13T12:37:34 | wide6 | [
"run_Latn",
"kik_Latn",
"swh_Latn"
] | [
0.5482,
0.111,
0.0687
] | Southend Atarashii kisetsu wa Naniiro ni irozuku Itsumo futari motometa soreiyu no shita Yurusareru nara Ano hi no you ni yasashiku Tsumibukaki bokura wo tsutsunde hoshiin da Nandome no yume darou Kimi no koe ga Yonde iru ki ga shite Mezameta Nozomi wa itsu shika Yume no kanata Modoranu toki no naka ni... Haruka na hikari ga Ima futari wo terashite iru Sayonara no kawari ni Iiwake wo megurasu Boku no soba de sabishiku Kimi wa tada Hanasanaide to itta Ooinaru meiro wa Ima demo taemanaku Kienokoru omoi wo yurashitsuzukerun da Sanzameku hitogomi wo sugite boku wa Aoiro no sakaime wo mite ita Nando demo tsugeru yo Bokura wa ita Tashika na toki no naka ni... Iezu ni suikonda kotoba Kono mune wo kogashite iku no ni Kagayaki wo masu no wa naze Aiseru yorokobi wo shiranai mama Futari no kotae wa Togireta Nando demo tsugeru yo Bokura wa ita Tashika na toki no naka ni... Iroaseta peeji ga Itoshii hibi wo terashite iru Sayonara no kawari ni | [
"run_Latn"
] | allowed | bdcbde3682c250308eb5467c9002a12a | keep | [] | [
8.9,
10,
10,
10,
10,
10,
10,
1,
8.5
] |
./WIDE-20121116151328-crawl417/WIDE-20121116151522-06589.warc.gz | 832,187,959 | 7,576 | 30,738 | http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1210050804 | text/html | 2012-11-16T16:08:19 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] | [
0.9562,
0.0438,
0
] | Judith Babirye agiye kwerekeza mu Bwongereza
Umuhanzikazi akaba na pastier ukomeye mu gihugu cya Uganda, Judith Babirye agiye kwerekeza mu gihugu cy’Ubwongereza aho azitabira ibitaramo bitandukanye mu kwizihiza imyaka 50 Uganda imaze ibonye ubwigenge.
Uyu muhanzikazi agiye kuririmbira muri iki gihugu, mu mujyi wa Londres aho azaba afatanyije n’abandi bahanzi batandukanye bo muri Uganda mu rwego rwo kwishimira imyka 50 Reta ya Uganda imaze yigobotoye ubutegetsi bw’abazungu.
Bamwe mu bahanzi Judith Babirye azafatanya nabo muri iki gitaramo, harimo Juliana Kanyomozi, Wilson Bugembe, Annette Nandujja, Kuklee, Myco Chris, Bosmic Otim, VJ OJ, Fyonna Nsubuga na MC Mozeh.
Iki gitaramo cyateguwe mu rwego rwo kwifatanya n’abanya Uganda batuye muri iki gihugu aho Uganda izaba yizihiza imyaka 50 y’Ubwigenge. Iki gitaramo kizabera ahitwa London’s Hippodrome, Golders Green ku itariki ya 13/10/2012.
Source: newvision.
Munyengabe Murungi Sabin. | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"fra_Latn",
"jav_Latn"
] | allowed | 61182179e711c0f369df7ca520a8dbb5 | keep | [] | [
5.9,
7.4,
10,
10,
10,
9.9,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121107130837-crawl410/WIDE-20121107140737-05280.warc.gz | 379,681,220 | 17,882 | 95,933 | http://www.therwandan.com/ki/category/imikino/ | text/html | 2012-11-07T15:29:20 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] | [
0.9838,
0.0162,
0
] | Imikino
Zinedine Zidane yubakiwe ishusho mu mujyi wa Paris akubita umutwe Marco Materazzi
Igihangano cyerekana Zinedine Zidane akubita umutwe umukinnyi w’umutariyani Marco Materazzi kirimo kumurikwa muri Centre Georges Pompidou i Paris.
Akakinnyi b’abanyarwanda mu mikino Paralympic baburiwe irengero
Abakinnyi 2 b’abanyarwanda babana n’ubumuga bakina umukino wa Sitting volleyball, aribo James Rutikanga na Eric Ngirinshuti, babuze aho bari bacumbikiwe mu gihe cyo gusoza imikino y’abanana n’ubumuga (Paralympic Games).
Abakunda umupira w’amaguru nabo bagomba gukurwamo ay’Agaciro Development Fund
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda Ferfa ryateguye irushanwa ry’ikigega “Agaciro Development fund” rigamije kwegeranya inkunga yo gushyira muri icyo kigega, iturutse mubakunzi b’umupira w’amaguru.
Ikipe ya Rayon Sports iratabariza Sembagare ngo avuzwe
Ikipe ya Rayon Sports FC iri gutabariza Sembagare Jean Chrysostome, umukinnyi wayikinnyemo mu myaka yo hambere ndetse wanayigizemo ibihe byiza; ubu akaba afite ikibazo cyo kuvunika ukuguru.
London 2012: Ikipe y’u Rwanda yageze muri Village Olympique
Amakuru dukesha Kajugiro Sebarinda uri i London mu Bwongereza ahateganyijwe gutangira imikino Olempike 2012 kuva tariki ya 27/07/2012. | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | 896d5c0fecd8db7ed446b221d9b256b5 | keep | [] | [
7.7,
10,
10,
10,
9.6,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121107130837-crawl410/WIDE-20121107140737-05280.warc.gz | 807,185,482 | 18,259 | 97,888 | http://www.therwandan.com/ki/category/politiki/ | text/html | 2012-11-07T16:51:20 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kik_Latn"
] | [
0.7686,
0.2315,
0
] | Politiki
ESE ABANYARWANDA BABA BITEGUYE KO PREZIDA PAUL KAGAME ASHOBORA KUVAHO?
Buri gihe abagera ku byo bagamije ni abafite gahunda zihamye bagenderaho. Iryo ni ihame rikomeye iyo ushishikariye kugera ku ntego wiyemeje, haba mu byiza cyangwa mu bibi.
Na Prezida Paul Kagame, haba mu byiza cyangwa ibibi yakoreye cyangwa akomeza gukorera abanyarwanda, wamugaya ikindi : afite gahunda zihamye akurikiza.
Ese mu Rwanda haba hari abatekereza ko nyuma ya runaka cyangwa kanaka nta wundi washobora gutegeka?
Muri Kameruni tariki 06 Ukwakira 1982 perezida Ahmadou Ahidjo warumaze imyaka 22 ategeka amaze kwegura kandi kuri iyo tariki amenyesheje ibyegera bye ko agomba gusohoka muri palais presidentiel akigira ku ivuko i Garoua.
KAGAME ATI: IMPUNZI MWESE MURI ABAJENOSIDERI, KANDI TUZABAKURIKIRANA
Nkuko namwe mubyisomera muri iyo nkuru ku igihe.com, Kigali ikomeje kwerekana ko ntacyo itazakora kugira ngo agatsiko kayobowe na Kagame gashobore kuramuka. Ako gatsiko karishe kandi karacyica. Kishe Perezida Habyarimana na mugenzi we Ntaryamira n’abandi bari kumwe mu ndege yahanuwe ku mabwiriza ya Kagame.
Ibikorwa byako gatsiko byabaye imbarutso ya jenoside yahitanye abatutsi. Ako gatsiko kishe abahutu mu Rwanda no
Alexis Bakunzibake ati:Mukabunani yagiye muri Amerika nk’umunyamuryango wa FPR, ntabwo yagiyeyo nk’umurwanashyaka wa PS Imberakuri
Inkuru igaragara ku rubuga igihe.com rubogamiye kuri Leta y’u Rwanda, iravuga ko Madame Christine Mukabunani, icyo kinyamakuru cyita Umuyobozi w’Umutwe wa Politiki wa PS Imberakuri, ngo kuri ubu ari muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho yagiye gukurikirana amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe kuri uyu wa gatandatu Ugushyingo 2012!!
Ihuriro ry’Inyabutatu-RPRK ribabajwe n’akarengane gakomeje gukorerwa abanyapolitike batavuga rumwe na leta ya Perezida Paul Kagame
ITANGAZO RIGENEWE ABANYAMAKURU
Ref: RK/A04/11/12
Taliki ya 05/11/2012
Ihuriro ry’Inyabutatu-RPRK ribabajwe n’akarengane gakomeje gukorerwa abanyapolitike batavuga rumwe na leta ya Perezida Paul Kagame, abahimbira ibyaha, ahanga ababashinja ndetse anagenera ibihano we yumva ko aribyo uwo ashaka kwigizayo akwiye guhabwa. | [
"bam_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"ban_Latn",
"tso_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | 762188d966138a904c370b9a957680a4 | keep | [] | [
6.5,
7.9,
10,
10,
10,
10,
10,
2,
0
] |
./WIDE-20121022152356-crawl410/WIDE-20121022161713-03081.warc.gz | 324,490,871 | 9,962 | 47,860 | http://umuseke.com/?p=787 | text/html | 2012-10-22T16:36:45 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"swh_Latn"
] | [
0.9995,
0.0003,
0.0001
] | Arsenal-Barcelona: Urugamba rukomeye ku nshuro ya Kabiri
Hashize 614 days Iyi nkuru yanditswe. Yashyizweho kuwa
16/02/2011 . Yashyizwe ku rubuga na Webmaster
· Ibitekerezo 2
Hashize gusa amezi 11 ikipe ya Barcelona isezereye Arsenal mumikino ya
UEFA champions Ligue, uyu mwaka wa 2011, urugamba hagati yaya makipe
rurongeye nyuma yuko zitomboranye mumikino ya 1/16.
Kuri uyu mugoroba kuri Emirates stadium i Londres, ikipe ya Arsenal iraba
yakira Barcelona. Mumyaka 11 aya makipe amaze guhura inshuro 5, banganyije
inshuro 2, eshatu zisigaye Barcelona yatsinze Arsenal.
Uyu mugoroba Arsenal irakina idafite Abou Diaby, naho Samir Nasri we
yashyizwe muri Squad ariko ashobora kutabanzamo mumukino wa nimugoroba.
Barcelona yo ntamukinnyi wayo ufite ikibazo na kimwe.
Aya makipe aheruka guhura tariki 6 Mata 2010 i Camp Nou kwa Barcelona aho
Barca yatsinze Arseanl 4-1 byose byatsinzwe na Lionel Messi.
Aba ni bamwe mubakinnyi bashobora kubanzamo kumpande zombi kur’uyu mugoroba;
Arsenal (4-5-1) : Szczesny; Djourou, Koscielny, Eboue, Clichy; Wilshere,
Fabregas, Song, Arshavin, Walcott; V. Persie Barcelona (4-3-3) : Valdes; Abidal, Pique, Alves, Maxwell; Iniesta,
Busquets, Xavi; Messi, Pedro, Villa.
Umuseke.com | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"swh_Latn",
"ast_Latn",
"hau_Latn",
"cat_Latn"
] | allowed | 5dc463a45350eac51ab3a7a1a5f48992 | keep | [] | [
5.3,
7.8,
10,
9.1,
10,
9.4,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121107100039-crawl419/WIDE-20121107120648-05197.warc.gz | 326,690,420 | 15,434 | 63,828 | http://www.igihe.com/amakuru/muri-afurika/congo-abarwanyi-ba-m23-barashaka-gufata-umujyi-wa-goma.html | text/html | 2012-11-07T12:43:02 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] | [
0.8869,
0.1131,
0
] | Abarwanyi bigometse kuri Leta ya Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo bibumbiye mu mutwe wa M23, baratangaza ko bashobora kwigarurira Umujyi wa Goma, Umurwa Mukuru w’Iburasirazuba bwa Congo Kinshasa, mu rwego rwo kurengera abaturage bakomeje kwicwa.
Nk’uko tubikesha Ibiro ntaramakuru by’Ababiligi (Belga), Umuvugizi w’umutwe wa M23, Lt Col Vianney Kazarama yagize ati “Niba i Goma Umuyobozi Mukuru w’Ikirenga Perezida Joseph Kabila atabashije gushyira ku murongo igisirikare cye, twe turajya kurengera abaturage bakomeje kwicwa umusubizo buri munsi”. Ibi ni ibitangazwa
Uyu Muvugizi yongeye ho ati “Dufite intumbero yo gufata Goma, no gucungura abaturage, mu gihe inzirakarengane zikomeje kwicwa tuzabarinda. Tuzarwanya ibyo byaha byibasira abasivile.”
Abagera muri makumyabiri bamaze gutabwa muri yombi bakekwaho kuba barashakaga kugaba ibitero mu minsi mike ishize, muri aba harimo abasivili n’abasirikare ba Leta ya Congo (FRDC), nk’uko bitangazwa na Minisitiri w’Imbere mu gihugu Richard Muyej.
Ku itariki ya 22 na 24 z’ukwezi gushize kwa Nzeri, abantu batatu barishwe naho bane barakomereka mu gitero cya gerenade cyabereye mu Mujyi wa Goma. Mu ntara y’Iburasirazuba bwa Congo Kinshasa hatangiye kuba umutekano muke kuva ubwo umutwe wa M23 watangiraga imirwano iyihanganisha n’ingabo za Congo.
Raporo ya Loni yashinje u Rwanda kuba inyuma yo gufasha M23, ariko u Rwanda rwo rukomeza kubihakana rwivuye inyuma, ruvuga ko nta ruhare urwo arirwo rwose rufite muri iriya ntambara ya Congo. | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | beac047cfa17ad3d7b9142fccc0b6a8d | keep | [] | [
8.2,
10,
10,
10,
10,
10,
10,
2,
0
] |
./WIDE-20121206033856-crawl410/WIDE-20121206034415-06138.warc.gz | 822,107,977 | 9,407 | 32,537 | http://www.therwandan.com/ki/m23-iravuga-ko-ishobora-gufata-goma-mbere-yuko-inama-yibihugu-bivuga-igifaransa-izabera-i-kinshasa-itangira/ | text/html | 2012-12-06T06:57:16 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] | [
0.9427,
0.0573,
0
] | Inyeshyamba za M23 ziravuga ko zizatera umujyi wa Goma
Inyeshyamba za M23 zatangaje ko zifite gahunda yo gufata umujyi wa Goma, icyicaro gikuru cy’intara ya Kivu y’amajyaruguru mu burasirazuba bwa Congo, ngo kugira ngo zitabare abaturage bugarijwe n’ibikorwa by’ubugizi bwa nabi M23 ivuga ko bikorwa n’ingabo za Congo.
Nk’uko umuvugizi w’inyeshyamba za M23, Lt Col Vianney Kazarama yabitangarije ibiro ntaramakuru by’abafaransa AFP, ngo niba umugaba mukuru w’ikirenga w’ingabo za Congo, ari we Perezida Kabila, adatunganyije ingabo ze, ingabo za M23 zizatabara abaturage barimo kwicwa n’ingabo za Congo buri munsi.
Umuvugizi wa M23 akomeza avuga ko bateganya gufata Goma ngo batabare abaturage ibyo bikorwa bibi by’ubwicanyi ngo bikorwa n’igisirikare cya Congo bihotera abasiviri b’inzirakarengane nibikomeza.
Abantu bagera kuri 20 bakekwa gukora ibyo bikorwa by’ubwicanyi bimaze iminsi mu mujyi wa Goma batawe muri yombi, bakaba bamwe ari abasiviri abandi ari abasirikare b’ingabo za Congo, nk’uko byatangajwe kuri iki cyumweru tariki ya 30 Nzeli 2012 na Ministre wa Congo ushinzwe ubutegetsi bw’igihugu Richard Muyej uri mu ruzinduko i Goma.
Tariki ya 22 na 24 Nzeli 2012, abantu 3 barishwe abandi 4 barakomereka mu bitero by’abantu bitwaje imbunda na za grenades i Goma. Intara ya Kivu y’amajyaruguru ifite umutekano muke kuva muri Gicurasi 2012, ubwo hatangiraga intambara y’umutwe wa M23,ONU ikaba irega u Rwanda gufasha uwo mutwe.
Umukuru w’umujyi wa Goma, Nasoon Kabuya, umukuru w’igipolisi, Colonel Oscar Manosa n’imiryango itagengwa na Leta bavuga ko ibyo bikorwa by’urugomo bikorwa na M23, ariko MONUSCO yo ivuga ko ibyo bikorwa atari byinshi ku buryo byahungabanya muri rusange umujyi wa Goma cyangwa Kivu y’amajyaruguru.
Ibirindiro by’inyeshyamba za M23 biri mu birometero 30 mu majyaruguru y’umujyi wa Goma hafi y’umupaka w’u Rwanda na Uganda. Mu ntangiriro z’ukwezi kwa Kanama 2012, ONU yari yasabye M23 kudahirahira ngo itere umujyi wa Goma.
Iyi myitwarire ya M23 ntabwo itandukanye cyane n’iyo ingabo za FPR zari zifite mu myaka ya za 1992-1994 aho zitwazaga umutekano muke mu gihugu ngo zibone uko zigaba ibitero zivuga ko ngo zije gutabara abasiviri. Nyuma byaje kugaragara ko abenshi bakoraga ibyo bikorwa babaga ari abasirikare ba FPR bari baracengeye mu gihugu bakaba barabikoraga ngo bahe FPR urwitwazo rwo kubura imirwano. Rero kuba bivugwa ko u Rwanda rufasha M23 nayo ikaba ishaka gukora nk’ibyo FPR yakoraga ikiri umutwe w’inyeshyamba nta gitangaza kirimo.
Ababikurikiranira hafi basanga iki gikorwa n’ubwo cyashoboka umujyi wa Goma ugafatwa, bishobora kugira ingaruka nini ku Rwanda, kuko amahanga akomeje gushinja u Rwanda kuba inyuma ya M23, ikindi kandi byaba ngombwa ko M23 irwana n’ingabo za ONU ibi bikaba bya ari igikorwa gisa n’ubwiyahuzi gishobora kugira ingaruka kugeza no kuba byahungabanya ubutegetsi buriho mu Rwanda.
Ubwanditsi | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn"
] | allowed | d574ac02fb8eec271318194d1c94537f | keep | [] | [
6.6,
8.1,
10,
10,
9.8,
9.7,
10,
5,
0
] |
./WIDE-20121015033446-crawl335/WIDE-20121015050801-02438.warc.gz | 210,558,430 | 6,558 | 23,104 | http://izuba.org.rw/i-767-a-34135.izuba | text/html | 2012-10-15T05:24:26 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] | [
0.9979,
0.0021,
0
] | Imikino
Ibihugu 8 bimaze kwemera kwitabira Cecafa
Amakipe y’ibihugu umunani ni yo amaze kwemeza ko azitabira irushanwa ry’amakipe y’ibihugu rya Cecafa riteganijwe kubera mu gihugu cya Uganda mu mpera z’ukwezi kw’Ugushyingo 2012.
Nk’uko bitangazwa n’ubuyobozi bwa Cecafa, amakipe umunani yamaze kwemera kujya muri Cecafa, harimo ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Ethiopia, Tanzania, Zanzibar, Djibouti, Somalia ndetse n’umunyamuryango mushya ari we Sudan y’Amajyepfo.
Nk’uko bitangazwa n’Umunyamabanga Mukuru wa Cecafa, Nicholas Musonye andi makipe agize Cecafa akaba ataragira icyo avuga ku bijyanye n’iri rushanwa mu gihe nyamara habura icyumweru kimwe gusa ngo habe tombola y’uko amakipe azagabanywa mu matsinda.
Musonye avuga ko amakipe yose ya Cecafa afite kugeza ku itariki ya 8 Ukwakira 2012, kugira ngo abe yafashe icyemezo ni ba azagaragara muri irushanwa rikomeye mu Karere.
Ibihugu bitaragira icyo bivuga kuri iri rushanwa ni ikipe y’igihugu ya Burundi, Eritrea, Kenya na Sudan, ibihugu bisanzwe byitabira amarushanwa ya Cecafa.
By’umwihariko ikipe y’igihugu ya Kenya yagaragaje ko ishobora kutitabira iri rushanwa nyuma y’uko Cecafa ibambuye iri rushanwa bagombaga kwakira ikarishyira mu gihugu cya Uganda mu buryo butunguranye.
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Kenya ryari ryatangaje ko muri iki gihe irushanwa rya Cecafa rizaba riri kuba, bashobora kuzaba bateguye irindi rizitabirwa n’ibihugu biri muri Cecafa kugira ngo bahungabanye iri rushanwa rya Cecafa.
Umunyamabanga wa Cecafa, Musonye avuga ko hari amakipe y’ibihugu bitari muri Cecafa yasabye kwitabira iri rushanwa nka: Zambia, Cote d’Ivoire, Cameroon, Zimbabwe na Malawi, ariko hakaba hatarafatwa icyemezo niba aya makipe azahabwa ubutumire, ariko bikazaterwa n’uburyo amakipe asanzwe muri Cecafa azagaragaza ubushake bwo kwitabira iri rushanwa ryitiriwe ikinyobwa cya Tusker. | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | 3e56fb14d390b11282a37e5649e52b7f | keep | [] | [
7,
8.9,
10,
9.9,
9.8,
10,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121015033446-crawl335/WIDE-20121015050801-02438.warc.gz | 251,345,249 | 6,207 | 22,190 | http://izuba.org.rw/i-767-a-34136.izuba | text/html | 2012-10-15T05:25:40 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] | [
0.905,
0.095,
0
] | Imikino
Fondasiyo Fabrice Etoo yasoje irushanwa “Agaciro Develompent Fund”
Ku Kicukiro mu Mujyi wa Kigali habaye imikino ya nyuma yateguwe na Fondasiyo Ndayisaba Fabrice Etoo yo gushyugikira Ikigega “ Agaciro Development Fund”.
Mu kiganiro n’ikinyamakuru Izuba Rirashe kuwa 1 Ukwakira 2012, Ndayisaba Fabrice yatangaje ko iryo rushanwa ryatwawe n’ikipe ya Foundation Ndayisaba Fabrice Etoo, nyuma yo gutsinda Sec Academy ibitego 3-1.
Muri icyo gikorwa cyo gushyigikira ikigega Agaciro, buri kipe yemeye gutanga amafaranga bitewe n’ubushobozi ifite. Fondasiyo Ndayisaba Fabrice yatanze ibihumbi 25 000frw, Sec Academy yemeye gutanga 10 000frw na Renne football Academy itanga 10 000frw .
Abagize Fondasiyo Ndayisaba Fabrice Etoo bari bateguye iki gikorwa cy’imikino kugira ngo bateze imikino imbere bihesha agaciro kugirango bagire icyo bakora mu kigega «Agaciro Development Fund ».
Iyo mikino itangira Ndayisaba Fabrice Etoo yavuze ko bashaka kwihesha agaciro bagira icyo bakora mu kigega kigamije guteza imbere igihugu. | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn"
] | allowed | 3768cabcb16a45e7c30d81e13a26733b | keep | [] | [
5.1,
6.6,
10,
10,
10,
9.7,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121027234601-crawl417/WIDE-20121028003041-03503.warc.gz | 135,813,946 | 7,570 | 31,338 | http://www.inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1209190412 | text/html | 2012-10-28T00:38:49 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] | [
0.9873,
0.0127,
0
] | Ku myaka 17 Raheem Sterling, afite abana babiri ku bagore babiri batandukanye
Umukinnyi wa Liverpool, Raheem Sterling wagaragaye akinira ikipe y’igihugu y’Ubwongereza mu gikombe cy’Isi abatarengeje imyaka 17 u Rwanda rwitabiriye muri Mexico, uko arushaho kwitwara neza mu kibuga niko hari byinshi abantu bagenda bamenenya ku buzima bwe.
Raheem Sterling
Raheem Sterling ufite imyaka 17 gusa amaze kubyara abana bagera kuri babiri yabyaranye n’abagore babiri batandukanye.
Uyu musore yakinnye igikombe cy’isi twavuze hejuru afite imyaka 15 ndetse akiri mu ishuri ry’umupira w’amaguru mu ikipe ya Liverpool FC.
Mu mukino Ubwongereza bwakinnye n’Urwanda Sterling ni umwe mu batsinze ibitego 2 byinjiye mu izamu ry’Amavubi U17.
Sterling ni umwe mu bakinnyi bato bari kwitwara neza muri shampiyona y’Ubwongereza ndetse aherutse no guhamagarwa mu ikipe nkuru y’igihugu ku mukino bakinnye na Ukraine.
Ubusanzwe Sterling yavukiye mu gihugu cya Jamaica arerwa na nyirakuru mbere y’uko yimukira mu Bwongereza azanye na nyina hamwe n’abavandimwe batatu.
Rutaganda Ponny. | [
"kin_Latn",
"run_Latn",
"swh_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"scn_Latn"
] | allowed | f5e48f4c2b902f807e1f48abe416966f | keep | [] | [
5.3,
6.6,
10,
10,
10,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121028141810-crawl417/WIDE-20121028151101-03607.warc.gz | 287,616,727 | 7,498 | 30,771 | http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1208110237 | text/html | 2012-10-28T15:24:43 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] | [
0.9662,
0.0339,
0
] | Madonna akurikiranyweho gutiza umurindi abaryamana bahuje ibitsina.
Umuryango utegamiye kuri reta mu gihugu cy’uburusiya mu mujyi wa Saint-Pétersbourg watanze ikirego kuri uyu wa Gatanu aho barega Madonna gukangurira abagabo kuryamana n’abo bahuje ibitsina mu bitaramo ahakorera nk’uko bitangazwa n’umuvugizi w’uyu muryango uharanira kurwanya abaryamana bahuje ibitsina.
Nk’uko bitangazwa n’ibiro ntaramakuru by’abafaransa AFP, umuryango utegamiye kuri reta uharanira uburenganzira bw’abana, watanze ikirego mu rukiko rw’i Moskovski aho urega Madonna kwica amategeko abuza gukwirakwiza kuryamana kw’abantu bahuje ibitsina mu gitaramo yagiriye Saint-Pétersbourg kuwa Kane w’iki icyumweru ibi bikaba byatangajwe n’umuvugizi w’umudepite ukomoka mu ishyaka riri ku butegetsi.
Ibi Madonna abishinjwa kubera amashusho n’ibyapa yashyize ahagaragara bikangurira abagabo kuryamana n’abagobo mu gihe muri iki gitaramo harimo n’abana bataregeza ku myaka y’ubukure.
Abashyigikiye kuryama kw’abantu bahuje ibitsina mu Burusiya ntibarebwa neza, ndetse byanafatwa nk’icyaha gihanwa n’amategeko akomeye kugeza mu mwaka wa 1993, ndetse binafatwa nk’indwara yo mu mutwe kugeza mu mwaka wa 1999.
Abaryamana bahuje ibitsina bagiye bagerageza guharanira uburenganzira bwabo ariko bakazitirwa bikomeye hanakoreshwa imbaraga zikomeye za polisi.
Mu kwezi kwa Kabiri uyu mwaka, nibwo mu burusiya hatowe itegeko rihana umuntu wese uteza imbere ibikorwa by’ubupede. Mu bihano biteganyijwe kuri iki cyaha, harimo gucibwa ihazabu kugera ku 12 500 by’amafaranga akoreshwa iburayi.
Jean Paul IBAMBE. | [
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"sag_Latn"
] | allowed | 10c21d3c86aef40f656cae56e6c69fa6 | keep | [] | [
5.5,
7,
10,
10,
9.4,
10,
10,
2,
0
] |
./WIDE-20121028141810-crawl417/WIDE-20121028151101-03607.warc.gz | 359,708,252 | 8,054 | 33,746 | http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1208110153 | text/html | 2012-10-28T15:26:22 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] | [
0.9572,
0.0428,
0
] | Imibyinire y'uwahoze ari umukunzi wa Sean Kingston na Drake yatumye Ne-Yo atakaza akayabo.AMAFOTO
Umukobwa witwa Maliah Michel, akaba yarabaye umukunzi w’umuraperi Drake ndetse na Sean Kingston yamansuye mu kabyiniro Ne-Yo aranezerwa ahatakariza akayabo k’amadorali agera ku bihumbi 5,000.
Nguwo Ne-Yo imbere y'uwahoze ari umukunzi wa Drake.Yemeye gutanga ibihumbi 5 by'amadorali kubera uyu mukobwa gusa.
Ibi byose byabaye mu ijoro ryo kuwa gatatu rishyira kuwa kane w’iki cyumweru dusoje. Byabaye ubwo Maliah Michel yasusurukije abari muri ako kabyiniro gaherereye i Maimi kubera ibyishimo yateye Ne-Yo, uyu muhanzi w’igihangange mu njyana ya RnB yiyemeje kumutakazaho ibihumbi bitanu by’amadorali y’Amerika.
Uyu mukobwa yakundanye n'aba basore bombi.
TMZ dukesha iyi nkuru,yatangaje ko ubwo uyu mukobwa yabyinaga, Ne-Yo ngo yari amuhagaze imbere kandi ngo yitegerezaga uyu mubyinnyi w’umumansuzi yitonze.
Ni gutya Ne-Yo yageze muri aka kabyiniro yambaye.
Uyu mukobwa akurura abahanzi benshi.
Uyu mukobwa Maliah Michel ni umwe mu bakobwa bakurura abahanzi b’ibyamamare ku isi dore ko yakundanye na Drake ahagana mu mwaka wa 2010. Bahuye bagiye gukora amashusho y’indirimbo Find Your Love, nyuma y’aho nibwo bakundanye gusa ntibarambanye kuko muri 2011 nibwo Sean Kingston yahise yegurira uyu mukobwa umutima we barakundana.
Ni gutya uyu mukobwa yabyinaga muri iryo joro.
Abantu benshi ntibigeze bamenye neza iherezo ry’umubano wa Maliah Michel na Kingston dore ko bamwe bakeka ko bagikundana kugeza ubu.
Ukeneye kureba amafoto menshi uyu mukobwa abyina asure urubuga rwa tmz.
Source:TMZ
Munyengabe Murungi Sabin. | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"eng_Latn",
"jav_Latn"
] | allowed | 6a01b332d51c3805e17cbe35b26a9baa | keep | [] | [
6,
7.4,
10,
10,
10,
10,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121028141810-crawl417/WIDE-20121028151101-03607.warc.gz | 379,895,556 | 7,258 | 29,977 | http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1209081142 | text/html | 2012-10-28T15:27:47 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"swh_Latn"
] | [
0.9233,
0.0767,
0
] | Kanye West yatangiye gukunda Kim Kardashian muri 2009
Nyuma y’amezi make Kanye West amaze akundana na Kim Kardashian yahishuriye itangazamakuru ko urukundo akunda Kardashian rwatangiye mu mwaka wa 2009 ariko icyo gihe Kim yakundanaga n’undi musore ukina umupira w’amaguru w’abanyamerika NFL witwa Reggie Bush.
Kanye West ngo yatangiye gukunda Kim Kardashian muri 2009.
Urukundo Kanye West yari afitiye Kim kandi yarugaragaje mu ndirimbo yamenyekanye cyane Knock you down yakoranye na Neyo hamwe na Keri Hilson.
Nkuko bitangazwa n’urubuga TMZ rwandika amakuru y’ibyamamare bitandukanye muri Amerika amwe mu magambo Kanye West yaririmbye muri iyi ndirimbo yavugaga Kim Kardashian.
Ayo magambo Kanye West akaba aririmba muri iyi ndirimbo ugenekereje mu Kinyarwanda yagize ati: “ uri umukobwa w’inzozi zanjye, wari uzwi cyane ku ishuri mugihe njye nari umuntu ugusetsa gusa.”
Kim na Kanye West urukundo rwabo ruhagaze neza.
Muriyi ndirimbo Kanye West arangiza amusaba gutandukana n’umukunzi we, bigaragaza ko yifuza gukundana na Kim Kardashian kuva cyera.
Source: Tmz.com
Rutaganda Ponny. | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"eng_Latn",
"scn_Latn"
] | allowed | 75119d8d6b1914fe0e610c329ad5eeb9 | keep | [] | [
6.6,
8.2,
10,
10,
10,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121028141810-crawl417/WIDE-20121028151101-03607.warc.gz | 469,825,734 | 8,429 | 34,379 | http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1208030655 | text/html | 2012-10-28T15:29:52 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] | [
0.9705,
0.0295,
0
] | Beyonce, Oprah,Nicki Minaj, Lil Wayne.... bishimiye intsinzi ya Gabriella.
Ibyamamare muri muzika, ku mateleviziyo..barimo Lil Wayne, Estelle, Ian Somerhalder, Octavia Spencer, Ciara , Michael Phelps,Nicki Minaj,Beyonce n’abandi benshi bishimiye intsinzi y’umwana w’umukobwa witwa Gabby Douglas mu mikino Olempike iri kubera mu Bwongereza.
Nguwo Gabby w'imyaka 16 akaba apima ibiro 41.
Imbaga y’abahanzi ndetse n’abanyamakuru muri Amerika cyane cyane abirabura batuye muri iki gihugu boherereje ubutumwa bw'ishimwe uyu mwana w’imyaka 16 wegukanye umudari wa zahabu mu mikino Olempike iri kubera mu gihugu cy’Ubwongereza. Beyonce Knowless we yashimiye uyu mukobwa w’umwiraburakazi mugenzi wabo abinyujije ku rubuga rwe rwa interineti.
Nicki Minaj na Oprah bo bashimiye uyu mukobwa babinyujije ku rubuga rwa twitter.
Kuri uyu wa kane tariki ya 2/8/2012 nibwo Gabby Douglas yabonye uyu mudari atsinze McKayla Maroney, Aly Raisman, Kyla Ross na Jordyn Wieber bari bahanganye na we mu mikino ngororamubiri(gymnastic).
Gabby yatwaye uyu mudari abikwiriye. Afite uburebure bwa 1,50 cm.
Gabriella(Gabby) ni we munyamerikakazi w’umwirabura utwaye igikombe mu mikino Olempike mu mateka y’iki gihugu. Uyu mukobwa kandi ni we wa mbere mu banyamerikakazi b’abirabura ugaragaje impano ye mu mikino olempike ndetse akanatwara igikombe abakinnyi b’ibihangange ku isi hose.
Akimara gutwara umudali byari ibyishimo gusa.
Ubutumwa aba bahanzi bose bagiye boherereza uyu mwana w’imyaka 16 bwamuteraga ingabo mu bitugu, abandi bakamubwira ko agomba gukora akarenga urwego agezeho. Ku ruhande rwa Lil Wayne yanditse ku rubuga rwa facebook agaragaza ko yishimiye byimazeyo intsinzi ya Gabriella, mu bakunzi b’uyu muhanzi bashyizeho ibitekerezo birenga ibihumbi 30,000 bose bavugaga ko bishimye by’ikirenga kubera Gabriella.
REBA HANO UBUHANGA BWA GABBY WAMAZE KUBA ICYAMAMARE MURI AMERIKA YOSE NO KU ISI:
Source:Aceshowbiz.com
Munyengabe Murungi Sabin. | [
"swh_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"ron_Latn",
"jav_Latn"
] | allowed | cf229e20ac853e067680d9704ae0e949 | keep | [] | [
5.5,
6.7,
10,
9.8,
10,
10,
10,
3,
0
] |
./WIDE-20121028141810-crawl417/WIDE-20121028151101-03607.warc.gz | 472,429,226 | 8,185 | 32,435 | http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1207310954 | text/html | 2012-10-28T15:30:08 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] | [
0.5913,
0.4087,
0
] | Umukinnyikazi wa filime wanzwe kurusha abandi muri Hollywood.
Nyuma y’uko urukundo hagati ya Robert Pattinson na Kristen Stewart rujemo agatotsi bitewe n’uko Kristen yaciye inyuma umukunzi we,ubu ikigaragara ni uko Kristen ariwe muntu utishimiwe kurusha abandi muri Hollywood.
Nyuma kandi y’inkuru zimaze iminsi zivugwa mu bitangazamakuru bitandukanye byo ku isi zijyanye n’igikorwa kitari cyiza Kristen Stewart yakoze cyo guca inyuma Robert Pattinson bakinana muri filime Twilight,ndetse banateganyaga kuzabana,ubu bamwe mu bakinnyi ba filime bakomeye mu gihugu cya Leta zunze ubumwe za Amerika batangiye kugaragaza ko batishimiye iki gikorwa ndetse na Kristen wagikoze.
Ibi bikaba byatumye ikinyamakuru The sun cyemeza ko Kristen Stewart ariwe mukinnyikazi wa filime wanzwe kurusha abandi muri Hollywood.
Kristen n’ubundi utari usanzwe ukundwa na bagenzi be bakina filime ubu noneho isura ye yarushijeho kuba mbi mu maso yabo.
Robert Pattinson na Kristen Stewart bakiri mu bihe byiza
Iki kinyamakuru gisoza kivuga ko bizamugora kugira ngo yongere yigarurire imitima y’abari bamaze kugenda bamucikaho.
Kugeza ubu Robert Pattinson yahisemo kuba azinze utwangushye ava mu nzu babanagamo n’uyu mukunzi we yimukira mu nzu ye wenyine.
Ese umushinga w’ubukwe bari bafite uzakomeza?
Ese Robert Pattinson azumva gutakamba kwa Kristen amubabarire?
Munyengabe Murungi Sabin. | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"jav_Latn"
] | allowed | f0bc86be3df89da895c3e819ddd0f2bf | keep | [] | [
5.9,
7.3,
10,
10,
10,
10,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121028141810-crawl417/WIDE-20121028151101-03607.warc.gz | 602,442,601 | 7,401 | 30,290 | http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1206211205 | text/html | 2012-10-28T15:34:13 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] | [
0.7769,
0.2231,
0
] | Lady Gaga ku mugabane wa Afurika.
Nyuma y’igihe kinini bivugwa ariko bitaremezwa, ubu inkuru yabaye kimomo ni iy’uko umuririmbyikazi ukomoka muri Leta zunze ubumwe za eAmrika Lady Gaga, azagirira ibitaramo bibiri mu gihugu cya Afurika y’Epfo muri uyu mwaka.
Uyu muririmbyikazi uzwiho kugira udushya twinshi yaba mu buzima bwe busanzwe ndetse no mu muziki, akaba mu rwego rw’ibitaramo biri kuzenguruka isi yise Born This Way Ball , azagirira ibitaramo bibiri muri Afurika y’Epfo kimwe kizabera i Johannesburg ikindi kibere i Cape Town.
Ibi bitaramo byo muri Afurika y’Epfo biteganyijwe gutangira ku itariki ya 30/11/2012 aho azaririmbira ahitwa FNB Stadium mu mujyi wa Johannesburg, nyuma aheturire ku kindi azagirira i Cape Town Stadium mu mujyi wa Cape Town ku itariki ya 03/12/2012.
Kugeza ubu amatiki yo kwinjira muri ibi bitaramo bya Lady Gaga azagirira muri Afurika y’Epfo yatangiye kugurishwa guhera ku itariki ya 19 uku kwezi, akaba aboneka ku rubuga rwa www.computicket.com.
Ibiciro byo kwinjira muri ibi bitaramo bya Lady Gaga akaba ari hagati y’amafanga angana n’ama-Rand akoreshwa muri Afurika y’Epfo 315 na 715 uyavunje mu manyarwanda akaba ari hagati y’amafaranga hafi ibihumbi 25 na 55.
Source: iafrica.com.
Jean Paul IBAMBE. | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"sot_Latn",
"sag_Latn"
] | allowed | d546ed273a7606fe2a95b2c83b005891 | keep | [] | [
6,
10,
7.7,
10,
10,
9.7,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121028141810-crawl417/WIDE-20121028151101-03607.warc.gz | 610,743,905 | 7,867 | 31,628 | http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1206221007 | text/html | 2012-10-28T15:34:57 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"swh_Latn"
] | [
0.9511,
0.0489,
0
] | 'Brad Pitt na John Travolta bashatse kunyica kugira ngo ntavuga ko baryamana': Jonathan Jolie.
Umugabo witwa Jonathan Jolie uvuga ko ari mubyara wa Angelina Jolie yatangaje ko abakinnyi rurangiranwa ba film Brad Pitt na Joh Travolta bagerageje kumuhitana kugira ngo atavuga iby’uko baryamana kandi bahuje ibitsina.
Brad Pitt na Joh Travolta baba baryamana.
Amakuru dukesha ikinyamakuru Radar Online avuga ko uyu mugabo Johnatan Jolie yaba yarahatiye Brad Pitt kubwira umugore we Angelina Jolie ibye na John Travolta.
Uyu mugabo yemeza ko nyuma yo kuvuga ibi,Brad Pitt yamutakambiye ngo ntazagira icyo avuga yahamagaye John Travolta maze baramuboha bamujugunya mu mazi.
Uyu mugabo kandi aremeza ko ntacyo yabaye ariko akavuga ko yarumwe n’ifi ubwo bamujugunyaga mu mazi akaba afite impungenge ku buzima bwe kugeza ubu akaba yihishe muri ambassade y’ubutaliyani iri I New York.
Jonathan arasaba ko yahungishirizwa kure kugira ngo aba bagabo batamwivugana ariko ubutabera bukaba bwateye utwatsi iki cyifuzo.
Ibi bibaye nyuma y’igihe gito gishize John Travolta ashinjwe gushaka gusambanya abagabo ku ngufu.
Robert Musafiri. | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"kik_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"swh_Latn"
] | allowed | be9bb6eaa151be9e17bc4c226981c31b | keep | [] | [
6.6,
8.2,
10,
10,
10,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121028141810-crawl417/WIDE-20121028151101-03607.warc.gz | 644,385,096 | 7,631 | 31,019 | http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1206251213 | text/html | 2012-10-28T15:36:07 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] | [
0.9978,
0.0022,
0
] | Lionel Messi yizihije isabukuru y'imyaka 25 amaze ageze ku isi.
Ku itariki 24 Kamena nibwo rutahizamu wa FC Barcelonna, Lionel Messi yizihiza isabukuru ye y’amavuko. Kuri iyi nshuro ya 25, Messi yizihije uyu munsi anishimira intsinzi y’ibitego 3 yabonye kuwagatandatu mu mukino wabereye i Maami.
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatandatu tariki ya 23/6/2012 mu mujyi wa Miami, nibwo habaye umukino wahuje amakipe 2, imwe yari igizwe n’inshuti za Messi indi igizwe n’abandi bakinnyi batandukanye ku isi. Nyuma y’uyu mukino Messi yizihije imyaka 25 amaze ageze ku isi dore ko yari yanatsinze ibitego 3 byose muri uyu mukino.
Uyu mukino wari ukurikiwe n’abantu ibihumbi 50, ukaba warabereye kuri stade yitwa SunLife Stadium iri i Miami. Uyu mukino kandi wabonetsemo imvura y’ibitego dore ko warangiye ari 7-7 maze Messi yisengereramo 3 byose.
Uyu mukino wari uryoheje ijishi ku bawubonye ndetse abakinnyi mu makipe yombi nta bushake bagiraga bwo gusatira izamu kugeza ubwo Messi yabacitse inshuro 3 zose ari nako abona ibitego. Ibindi bitego bine by’ikipe ya Messi byatsinzwe na Diego Milito, Didier Drogba, Jose Rondon na Ariel Ortega.
Umukinnyi wa Liverpool Luis Suarez nawe yatsinze ibitego 3 ibindi 4 bitsindwa na Radamel Falcao, James Rodriguez, Nene na Edison Cavani
Mu bafana hari ibitambaro byanditseho amagambo : « Happy Birthday Messi(Isabukuru nziza Messi), Cuba na Miami turagukunda ! »
Nyuma y’uyu mukino, ku cyumweru, nibwo Lionel Messi na bagenzi be bakoze ikirori cy’akataraboneka bishimira imyaka 25 Messi amaze ku isi ahumeka umwuka w’abazima.
Source : 7sur7
Munyengabe Murungi Sabin. | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"fra_Latn",
"jav_Latn"
] | allowed | d4daa6b1433a9c7419f03251b05ac9cd | keep | [] | [
7.9,
9.8,
10,
10,
10,
9.8,
10,
2,
0
] |
./WIDE-20121028141810-crawl417/WIDE-20121028151101-03607.warc.gz | 655,300,453 | 7,812 | 31,715 | http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1206260505 | text/html | 2012-10-28T15:36:56 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"bem_Latn"
] | [
0.9948,
0.0052,
0
] | Christelle Mbeni niwe Miss Congo 2012. AMAFOTO.
Mu ijoro ryo kuri uyu wa gatandatu tariki ya 23/6/2012 nibwo Christelle Mbeni w’imyaka 25 y’amavuko yatorewe kuba nyampinga wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo.
Miss Congo 2012 hagati.
Uyu mukobwa ukomoka mu ntara ya Bandundu niwe wahize bagenzi be bari kumwe muri iri rushanwa ry’abakobwa beza bo muri iki gihugu nkuko bisanzwe bigenda buri mwaka. Amakuru dukesha urubuga radiookapi.net, avuga ko uyu mukobwa ariwe wabaye uwa mbere mu bwiza ndetse no mu buhanga bityo yegukana ikamba rya nyampinga wa Congo.
Miss Congo, Christelle yambitswe ikamba na Diane Lokako.
Chritelle Mbeni n'ibisonga bye nyuma wo kwegukana ikamba.
Uyu muhango wo gutora umukobwa uhiga abakongomani bose ubwiza n’ubuhanga, wabereye muri Hoteli yitwa Grand Hôtel de Kinshasa.
Umukobwa witwa Mado Bafana niwe wabaye igisonga cya mbere cya nyampinga wa Congo naho Cathia Lubolo aba igisonga cya kabiri cya Miss Congo 2012. Christelle yambitswe ikamba rya Miss Congo n’umukobwa witwa O diane Lokako nawe wabaye nyampinga w’iki gihugu ari nawe wahoze ari Miss Afrique Centrale akaba ari n’umwe mu bategura amarushanwa ya Miss Congo.
Guverineri w'umujyi wa Kinshassa ashimira Christelle.
Muri uyu muhango wo gutora nyampinga wa Congo harimo abandi ba nyampinga bo mu bihugu bituranye na Congo, nka : Miss Congo Brazza, Miss cote d’ivoire na Miss Gabon. Hari kandi n’abayobozi mu nzego zitandukanye.
Uturutse i Bumoso: Miss Congo Brazaville, Miss Cote d'Ivoire na Miss Gabon.
Munyengabe Murungi Sabin. | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"swh_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"swh_Latn",
"jav_Latn"
] | allowed | 3165d619aaa49a258785fbe2e8e57672 | keep | [] | [
6.7,
8.2,
10,
10,
10,
9.9,
10,
2,
0
] |
./WIDE-20121028141810-crawl417/WIDE-20121028151101-03607.warc.gz | 672,366,372 | 7,955 | 32,553 | http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1206090749 | text/html | 2012-10-28T15:37:27 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] | [
0.9845,
0.0155,
0
] | Kim Kardashian yahaye Kanye West, impano y'imodoka ifite agaciro ka 462,750,000.
Ku munsi w’ejo kuwa gatanu,umuraperi Kanye West yizihije isabukuru y’imyaka 35 amaze ku isi. Inshuti ye Kim Kardashian yamugeneye impano y’akataraboneka, amuha imodoka yo mu bwoko bwa Lamborghini ifite agaciro k’amadorali y’Amerika 750,000, mu manyarwanda arakabakaba 462,750,000.
Ngiyi imodoka Kim Kardashian yahaye cheri we ku munsi we w'amavuko.
Nkuko ikinyamakuru aceshowbiz.com kibitangaza, Kanye West ntiyahise atwara iyi modoka umukunzi we Kim yamuguriye dore ko muri iyi minsi uyu musore ari ku Mugabe w’Uburayi, mu bitaramo byiswe "Watch the Throne" afatanyijemo n’umuraperi Jay-Z.
N’ubwo iyi sabukuru yayizihije ari kure y’umukunzi we, Kanye West yishimiye iyi mpano yahawe ndetse ashomira Kim Kardashian by’umwihariko n’abantu bose bamwifurije isabukuru nziza.
Kanye n'umukunzi we Kim Kardashian.
Iyi modoka Kim Kardashian yahaye umukunzi we mushya Kanye West, ni iyo mu bwoko bwa Lamborghini Aventador LP 700-4.
Kanye West yanditse ku rubuga rwa twitter ashimira abafana be bose agira ati: “Mwakoze mwese abafana banjye. Ndi kubandikira ubu burumwa ndi kuri stage, Jay-Z arimo kuririmba i Dublin mu isabukuru yanjye. Muzamfashe kugera ku nzozi zanjye.”
Dore impano hano wee!! Uyu mukobwa yayigeneye Kanye West!
Kanye West na Kim Kardashian batangiye gukundana mu mezi make ashize, nyuma y’uko uyu mukobwa atandukanye n’uwahoze ari umugabo we Kris Humphries. Kugeza ubu, uyu muhanzi n’umukunzi we Kim ntibajya batandukana.
Munyengabe Murungi Sabin. | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"jav_Latn"
] | allowed | b6062028079e40aa8de48496b7b3b2f5 | keep | [] | [
7.2,
9.8,
10,
9.4,
10,
9.8,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121216192535-crawl419/WIDE-20121216194319-07232.warc.gz | 518,920,818 | 12,880 | 47,671 | http://www.igihe.com/iyobokamana/muzika-66/korali-vers-sion-iramurika-album-ya-5-n-iya-6-inibuke-uwahoze-ari-umuyobozi-wayo.html | text/html | 2012-12-16T21:02:23 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] | [
0.9004,
0.0996,
0
] | Iki gitaramo kizaba ku matariki ya 14-15 Ukwakira ku ishuri ryisumbuye rya APACE ku Kabusunzu, kikaba gitegerejwe na benshi mu bari abakunzi ba Jonathan wari umuyobozi w’iyi korali yo muri APACE.
Nk’uko twabitangarijwe n’umuyobozi wa Vers Sion, Robert Kabera, ngo album ya 5 yiswe ‘Mpindura’ naho iya 6 yitwa ‘Amarira yawe Imana irayazi’.
Kugeza ubu imyiteguro igeze kure kandi iragenda neza nk’uko ubuyobozi bwa Vers Sion bwabitangarije IGIHE.com, bikaba biteganyijwe ko uyu munsi kuwa gatanu tariki ya 14 Groupe yitwa True Way, iyitwa Shalom ndetse na Didier Ntwari bifatanya na Vers Sion muri iki gitaramo. Kuwa gatandatu ho iyi korali izifatanya na korali Ambassadors, Didier ndetse n’uwitwa Rodrigue uzwi cyane muri Collège y’i Gitwe.
Biteganyijwe ko uyu mutwe w’abaririmbyi uzaboneraho kwibuka uwari umuyobozi wawo, Jonathan Nsanzimana akaba yari n’umwarimu muri APACE.
Nk’uko bitangazwa na bamwe mu bagize uyu mutwe w’abaririmbyi, ngo umuhanzi akaba n’umunyamakuru Florent Ndutiye nawe ashobora kuzifatanya nabo akaririmba zimwe mu ndirimbo yamaze gusohora.
Korali Vers Sion ni iy’abanyeshuri bo muri APACE, yatangijwe mu mwaka w’1996. Kugeza ubu imaze gusohora DVD imwe, ikaba izashyira ahagaragara iya kabiri mu minsi iri imbere. | [
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn"
] | allowed | 3f4c8669cb9c37134c2fd2d33af9ce73 | keep | [] | [
5.4,
7.1,
10,
9.8,
9.6,
10,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121127203257-crawl419/WIDE-20121127211605-06607.warc.gz | 244,895,517 | 13,613 | 45,044 | http://www.igihe.com/imikino/football/rayon-sport-yatsinzwe-na-yanga-africans-mu-mukino-wa-gicuti.html | text/html | 2012-11-27T21:46:12 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kik_Latn"
] | [
0.9968,
0.0032,
0
] | Kuri uyu wa 24 Kanama 2012 Royon Sport yatsinzwe n’ikipe ya Yanga Africans ibitego 2-0 mu mu kino wa gishuti wabereye kuri Stade Amahoro i Kigali.
Igitego cya mbere cya Yanga Africans cyabonetse ku munota wa kabiri gitsinzwe n’Umugande Khamis Kiiza, naho icya kabiri gitsindwa na Simon Msuva.
Umukinnyi Mbuyu Twite nawe yagaragaye bwa mbere akina ku ruhande rwa Yanga Africans.
Ku ruhande rwa Rayon Sport yaranzwe no gusimbuza aho Mambo yasimbuwe na Karekezi Etienne naho Niyonshuti Gad yinjiye asimbuye Kanombe Aphrodis.
Iri tsindwa rya Rayon rije mu gihe yitegura gusubira ku ivuko i Nyanza mbere yo gutangira Primus National League 2012-2013.
Ikipe ya Yanga Africans iri mu Rwanda ku butumire bwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda mu gihe kingana n’icyumweru. Yanga kandi niyo ifite igikombe cya CECAFA Kagame Cup uyu mwaka. | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | 7252557deeeb013a28259ae77df59020 | keep | [] | [
7.8,
10,
10,
10,
10,
9.8,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121103020238-crawl417/WIDE-20121103022446-04305.warc.gz | 201,970,823 | 7,197 | 29,649 | http://www.inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1209240352 | text/html | 2012-11-03T02:36:56 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] | [
0.9976,
0.0024,
0
] | AgDF Bsketball: KBC yegukanye igikombe itsinze Espoir 75-56
Irushanwa ryo gutera inkunga Agaciro Development Fund mu mukino wa Basketball ryasojwe kuri iki cyumweru taliki ya 23 Nzeli 2012. Mu bagabo Kigali Basketball Club (KBC) niyo yegukanye igikombe itsinze Espoir amanota 75-56 naho mu bagore APR itsinda NUR ku manota 67-32.
Ishyirahamwe ry’umukino wa basketball mu Rwanda ribaye irya kabiri mu gutegura imikino yo gutera inkunga AgDF mugihe n’irya Volleyball FRVB naryo riteganya imikino nk’iyi.
Ikipe ya KBC yatwaye iki gikombe yageze ku mukino wa nyuma ibanje gutsinda muri ½ APR mu mukino utari woroshye amanota 76 kuri 63 mugihe Espoir yari yasezereye CSK iyinyagiye amanota 81-53.
Mu bagore APR yatwaye iki gikombe bitayigoye kuko yabanje gutsinda RAP(Rwanda Allied for peace) amanota 67-32 mugihe na NUR nayo yari yayitsinze amanota 52-47
Ubuyobozi bw’Ishyirahamwe ry’umukino wa Basketball bukaba bwarakusanyije amafaranga angana na miliyoni eshatu buzongera ku mafaranga yinjiriye ku bibuga buzatangaza mu minsi iri imbere.
Rutaganda Ponny. | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"scn_Latn"
] | allowed | c5953e65aaffb8fcf679bb9519fd85dc | keep | [] | [
7.5,
10,
10,
10,
10,
9.4,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121103020238-crawl417/WIDE-20121103022446-04305.warc.gz | 237,733,920 | 7,397 | 30,062 | http://www.inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1209260144 | text/html | 2012-11-03T02:39:20 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] | [
0.9984,
0.0016,
0
] | Madonna arakangurira abafana be kuzatora Barack Obama
Umuririmbyikazi Madonna yasabye abafana be kuzatora Barack Obama, mu matora azaba mu kwezi kwa Cumi na Kumwe.
Ibi Madonna akaba yabisabye abafana be mu gitaramo yegiriye i Washington kuri uyu wa Gatandatu.
Si ubwa mbere Madonna agaragaza ko ashyigikiye uyu muperezida ukomoka mu ishyaka ry’Abademokarate.
Ibi akaba yaranabigaragaje ubwo yitabiraga igitaramo yiyanditseho mu mugongo we ngo: “OBAMA”.
Madonna ntahisha ko ashyigikiye Obama
Uretse Madonna, abandi baririmbyi bo muri Amerika nabo bagiye bagaragaza uruhande bahagazeho mu kwamamaza no gutora Obama aho nka Jay-Z na Beyonce nabo baherutse gukusanya inkunga igera kuri miliyoni 4 zo gufasha mu kwiyamamaza kwa Obama.
Tubibutse ko Barack Obama ari umukandida kuri perezidansi mu matora azaba kuwa 06 Ugushyingo aho ahanganye na Mitt Romney.
Jean Paul IBAMBE | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"sag_Latn"
] | allowed | 6ff77898fedf3ca5b1f9b9ea3eb5d39d | keep | [] | [
8,
10,
10,
10,
10,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121103020238-crawl417/WIDE-20121103022446-04305.warc.gz | 290,255,922 | 7,760 | 31,098 | http://www.inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1209251230 | text/html | 2012-11-03T02:42:17 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] | [
0.998,
0.002,
0
] | Shampiyona y'icyiciro cya mbere APR FC yatsinze AS Muhanga 2-0
Mu mukino umwe wa shampiyona wari uteganyijwe kuri uyu wa kabiri, ikipe ya APR FC ibashije kwitwara neza itsinda AS Muhanga ibitego 2-0 kuri Stade Regional I Nyamirambo.
APR FC nyuma yo gutsinda imikino ibiri ibanza, kuri ubu niyo iyoboye urutonde rwa shampiyona by’agateganyo kuko andi makipe azakina ku munsi w’ejo kuwa gatatu.
Ibitego bya APR FC byatsinzwe na rutahizamu wayo Ruhinda Faruk Saifi wahoze akinira Isonga FC mugihe ikindi AS Muhanga ariyo yakitsinze.
Ruhinda Faruk, umusore ukinira Amavubi U20 akaba yaraje mu bakinnyi batsinze ibitego byinshi muri shampiyona y’umwaka ushize bigaragara ko atangiriye aho yasoreje kuko abamurushaga ibitego Karekezi na Kagere Meddy batagikina mu Rwanda.
Ikipe ya APR FC ikaba itangiye neza shampiyona bigabanya impungenge ko gahunda yayo yo gukinisha abakinnyi bakiri bato b’abanyarwanda yatuma badahanganira ibikombe n’andi makipe.
Kuba iyi kipe itangiye gutsinda itaramenyerana ni ikimenyetso ko bazitwara neza no muyindi mikino dore ko batarahura n’amakipe wavuga ko akomeye.
Rutaganda Ponny | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"scn_Latn"
] | allowed | cafab50fa49d349b2ab594468d8a85e7 | keep | [] | [
6.9,
8.6,
10,
10,
10,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121028151718-crawl419/WIDE-20121028155815-04008.warc.gz | 564,079,222 | 12,661 | 47,271 | http://www.igihe.com/ikoranabuhanga/sosiyeti-ya-microsoft-igiye-gukorana-n-u-rwanda.html | text/html | 2012-10-28T16:27:52 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"tat_Cyrl"
] | [
0.6892,
0.3109,
0
] | Sosiyete ya Microsoft izobereye mu by’ikoranabuhanga, igiye gukorana bya hafi n’u Rwanda. Ibi byatewe n’uko iyi Sositeti yaonye ko u Rwanda rufite ikerekezo kiza mu ikoranabuhanga hamwe n’ibitekerezo by’ingirakamaro.
Kuza gukorera mu Rwanda kw’iyi Sosiyete, byatangajwe n’abayihagarariye, bari bitabiriye inama ku ikoranabuhanga irimo kubera i Kigali guhera kuri uyu wa Gatatu tariki ya 5 Nzeri 2012.
Atangiza iyi nama ku mugaragaro Minisititi w’Intebe w’u Rwanda Dr. Habumuremyi Pierre Damien yavuze ko ikoranabuhanga ryatumye Isi iba nto, bityo abantu bakabasha kumenya n’ibibera ahandi. Yanavuze ko iyi nama iziye igihe kuko u Rwanda rwiyemeje gukoresha ikoranabuhanga muri gahunda zitandukanye.
Yavuze ko ibihugu bikiri mu nzira y’Amajyambere bigomba kureba uko byashyira mu mategeko yabyo uburyo ikoranabuhanga ryakoroshywa rikagera kuri benshi, kuko byagaragaye ko rifasha mu nzego zitandukanye zirimo ubucuruzi, uburezi, ubuhinzi n’izindi.
Minisitiri w’Uburezi Dr Vincent Biruta, yatangaje ko ikinyejana cya 21 Isi yiyemeje gukoresha ikoranabuhanga, bityo ko nta mpamvu zo guseta ibirenge mu guteza imbere igihugu hifashishijwe ikoranabuhanga.
Prof. John Rutayisire uhagarariye Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Uburezi (REB) yavuze ko u Rwanda ruzwi neza mu rwego rwo guteza imbere ikoranabuhanga mu karere, ati "Ubuzima bw’Abanyarwanda bwarahindutse kandi intandaro yabyo ni uburezi."
Iyi nama irimo kubera i Kigali izamara iminsi 3, izafasha impuguke mu ikoranabuhanga, abarimu n’abayobozi ba za Kaminuza, amashuri, abahagarariye uburezi mu bigo bitandukanye, ibigo byigenga n’ibya Leta bifite uburezi mu nsingano, n’abandi.
Iyi nama ihuje abantu bavuye mu bihugu birenga 20 birimo ibyo ku mugabane w’Uburayi, Amerika, Afurika y’Iburasirazuba n’ahandi. | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn"
] | allowed | 9977fb292546626cfe79d46d8edccc03 | keep | [] | [
5.2,
6.5,
10,
9.8,
10,
10,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121102032000-crawl419/WIDE-20121102043124-04652.warc.gz | 61,796,933 | 11,805 | 38,939 | http://www.igihe.com/amakuru/muri-afurika/sheikh-hassan-mohamud-niwe-perezida-mushya-wa-somalia.html | text/html | 2012-11-02T04:39:40 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] | [
0.9939,
0.0061,
0
] | Kuri uyu Mbere tariki10 Nzeri, Inteko Nshingamategeko ya Somalia yatoye Perezida mushya ariwe Hassan Sheikh Mohamud aho yanikiye uwari Perezida w’inzubacyuho w’icyo gihugu Sheikh Sharif Sheikh Ahmed, nubwo byari byitezwe ko uwari Perezida ashobora gutsinda ayo matora.
Amakuru dukesha urubuga rwa BBC, avuga ko uyu mugabo wigishaga muri kaminuza, yatsinze ku majwi 190 mu gihe mugenzi we bahatanaga yabonye 79. Perezida mushya Hassan yanahise arahira kugira ngo ayobore icyo gihugu mu gihe kingana n’imyaka ine.
Inzego z’umutekano muri iki gihugu, zivuga ko mu cyiciro kibanza nta n’umwe wari wagize bibiri bya gatatu by’amajwi yasabwaga kugira ngo umuntu yemererwe kuba Perezida wa Somalia.
Mary Harper, Umunyamakuru wa BBC uri mu murwa mukuru Mogadishu avuga ko nyuma yo gutsindwa aya matora, Sheikh Sharif Sheikh Ahmed wari Perezida yatangarije kuri Televiziyo y’igihugu ko yemeye ibyavuye mu matora ndetse anatangaza ko agiye gufatanya n’uwamutsinze kugira ngo bagarure umutekano muri icyo gihugu ndetse n’ubumwe.
Hassan Sheikh Mohamud, yarangije amashuri ya kaminuza mu mwaka w’1981 mu gihugu cye, nyuma aza gukomereza kwiga icyiciro cya gatatu cya kaminuza mu gihugu cy’u Buhinde muri Kaminuza ya Bhopal. Iki gikorwa cyo gutora Perezida, kicyo kibaye ku butaka bwa Somalia kuva mu mwaka w’1991 ubwo Perezida Siad Barre yavanwa ku butegetsi hagakurikiraho umutekano muke utaretse n’inzara yatumye abenshi bahungira mu gihugu cya Kenya.
Hejuru ku ifoto : Perezida Sheikh Hassan Mohamud | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | d208310c453976ee36605ca4c12bb627 | keep | [] | [
8.3,
10,
10,
10,
10,
10,
10,
3,
0
] |
./WIDE-20121102032000-crawl419/WIDE-20121102043124-04652.warc.gz | 144,237,840 | 11,272 | 36,251 | http://www.igihe.com/amakuru/muri-afurika/buri-munsi-abana-2700-bapfa-bazize-impiswi-unicef.html | text/html | 2012-11-02T04:45:43 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"tum_Latn"
] | [
0.8905,
0.1095,
0
] | Ikoreshwa ry’amazi mabi rituma abana 2700 ku Isi hose buri munsi bapfa bahitanywe n’impiswi. Ibi byemejwe na Sanjay Wijesekera, Umuyobozi ushinzwe amazi n’isukura Ishami rya LONI ryita ku bana, UNICEF ishami ryayo rikorera i Kinshasa muri Congo.
Nk’uko tubikesha Radio Okapi, ubushakashatsi bwerekanye ko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo iri mu bihugu 40 bitageze ku ntego z’ikinyagihumbi mu iterambere ry’ibijyanye n’amazi n’isukura.
Sanjay yizeza Leta ya Congo ubufatanye mu kuzamura urwo rwego. Agira ati : « Intego zanjye ni ugukurikirana ishyirwa mu bikorwa ry’ibyo Leta ya Congo yiyemeje ubwo yasinyaga amasezerano y’i Washington muri Mata muri gahunda y’amazi n’isukura kuri bose.Tuzafatanya na Leta mu cyiciro cy’ubutaha turebe ibyagezweho n’ibibazo bihari kugira ngo dufatanye kubikemura »
Sanjay kandi ashimira intambwe Congo yabashije gutera mu bikorwa by’isukura aho abagera kuri miliyoni 2 bagejejweho amazi meza.Ibi ngo byagabanije impfu z’abana ku gipimo cya 80%.
Mu mwaka wa 2010 Leta ya Congo yari yiyemeje ko kugeza muri 2015 abagera kuri 49% bazaba bamaze kugezwaho amazi meza, ibishoramo akayabo ka miliyoni 180 z’amadolari.
Hagati aho abahanga berekana ko gushora imbaraga mu bikorwa by’isukura ari ugusegasira ubuzima.Bituma indwara z’impiswi zigabanyuka kandi impfu z’abana na zo zikayoyoka.Ni imwe mu ngamba zo kurwanya malariya no kunoza imirire. | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | 2e2fe2a7e5273338547fe54049d6deba | keep | [] | [
5.1,
7.3,
10,
10,
8.9,
9.9,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121102032000-crawl419/WIDE-20121102043124-04652.warc.gz | 154,351,123 | 11,752 | 39,059 | http://www.igihe.com/amakuru/muri-afurika/uganda-hageze-impunzi-iguhumbi-z-abanyekongo.html | text/html | 2012-11-02T04:46:19 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] | [
0.8229,
0.1771,
0
] | Imirwano hagati y’inyeshyamba zo mu mutwe wa M23 n’ingabo za Leta ya Congo Kinshasa yahinduye isura. Byatumye abaturage bagera ku 1,000 bava mu byabo bahungira mu gihugu cya Uganda.
The Daily Nation dukesha iyi nkuru itangaza ko inyinshi muri izo mpunzi ziganjemo abana n’abagore, zaturutse mu karere ka Rucuru, kuri ubu hari imirwano ikaze, yatangiye ku wa 14 Nzeri uyu mwaka.
Kamanzi Jean Bosco, wari umwarimu yatangaje ko kuri uyu wa Gatandatu ko abantu bapfuye ari benshi ubwo yahungaga yerekeza Ishasha.
Kamanzi kandi yavuze ko ibintu byarushijeho kuba bibi, kuko nta muntu wari uhari wo kwita ku baturage.
Izi mpunzi zitegereje kujyanwa mu kigo zizacumbikirwamo guherereye mu Karere ka Kisoro.
Kasiita Umuyobozi ushinzwe ibikorwa byo kwakira impunzi mu Karere ka Kanungu, yatangaje ko umubare w’abantu bakira buri munsi ugenda urushaho kwiyongera, ugereranije na mbere aho bakiraga abagera kuri 20.
The Daily Nation ikomeza ivuga ko ubucuruzi bwambukiranya imipaka hagati y’ibihugu byombi bwahagaze.
Ku ruhande rwa Uganda abaturage babujijwe kurenga imipaka kuko berekeza muri Congo, kuko umutekano waho utizewe. | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | 578e3336b9d32c988ae6f64c0661fd2f | keep | [] | [
5.9,
7.4,
10,
10,
10,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121108225614-crawl419/WIDE-20121109000242-05352.warc.gz | 65,149,775 | 11,783 | 41,098 | http://www.igihe.com/imyidagaduro/muzika/abahanzi/masamba-intore/amakuru-190/rwanda-day-isura-nyayo-igaragariza-abanyarwanda-n-abanyamahanga-ibyagezweho-kubw-agaciro-bihaye.html | text/html | 2012-11-09T00:10:08 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] | [
0.9623,
0.0378,
0
] | Harabura amasaha macye cyane ngo Rwanda Day Umunsi ugiye kwizihirizwa I Chicago muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika utangire, impamvu tuvugako ari macyeya n’uko ubu mu Rwanda ari ku manwa y’ihangu mu gihe i Chicago ho ari murukerera kuko tubari imbere amasaha agera kuri arindwi.
Amakuru agaragara ku rubuga rwa Rwanda Day (www.rwandaday.org
) yanditswe n’umwe mu Banyarwanda baba muri Amerika Yvette Rugasaguhunga wanitabiriye “Rwanda Day” aravuga ko ibintu by’ingenzi biri buze kwibandwaho cyane muri iri huriro ry’Abanyarwanda baturutse imihanda yose.
Aya makuru akomeza avuga ko kuba muri uyu munsi “Rwanda Day” ntako bisa kuko biri buhuze inshuti z’u Rwanda ndetse n’Abanyarwanda bakungurana ibitekerezo hagamijwe kugera ku cyerekezo 2020 ndetse no kurenzaho.
Abari buteranire muri uyu munsi mbonekarimwe kandi ngo bararebera hamwe iterambere ridasubirwaho u Rwanda rumaze kugeraho nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994.
Aba Banyarwanda ndetse n’inshuti z’u Rwanda baza kuba bari aha muri Hyatt Regency Hotel baraza gusangira ijambo na Perezida wa Repubulika Paul Kagame aho aza kubaganiriza byimazeyo ku bimaze kugerwaho mu Rwanda by’umwihariko ishoramari, arababwira kandi n’ibikiri mu nzira bikorwa kugirango u Rwanda rugere aheza hifuzwa na buri Munyarwanda wese.
Nk’uko bigaragara kuri uru ruba rwa Rwanda Day ngo abateraniye muri iyi nama bazaganira cyane uburyo ishoramari rya kihutishwa mu Rwanda aba Banyarwanda baba mu mahanga kandi barabwirwa uburyo isoko ry’umurimo rimeze mu Rwanda ndetse n’amahirwe aboneka ku muntu ushoye imari mu burezi mu gihugu cy’u Rwanda.
Ibi ngo bizagira akamaro gakomeye cyane kuko Abanyemari b’Abanyamerika bitabiriye iyi nama bashobora kubenguka u Rwanda n’ibyiza byarwo maze bakiyemeza kuza kuhashora imari mu bikorwa bitandukanye birimo uburezi, inganda, ubucuruzi, ubwubatsi n’ibindi bitandukanye.
Na none kandi ngo guhurira hamwe kw’aba Banyarwanda baturutse imihanda yose ubundi buryo Abanyarwanda baba mu mahanga by’umwihariko muri Amerika babonye bwo kongera kugaragaza ishyaka n’umuhate bafite mu kubaka urwababyaye.
Uretse kuganira no kungurana ibitekerezo ku Nsanganyamatsiko y’Agaciro biza kubera i Chicago, abahateraniye baraza no gutaramirwa n’abahanzi b’abanyarwanda batandukanye barimo Masamba Intore, Kitoko, Miss Jojo, Kizito Mihigo, Dr Claude n’abandi.
Urashaka kumenya byinshi kuri Rwanda Day ? Kanda Hano | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn"
] | allowed | 9b56309ff341bc8d44b20bc00d4c91f3 | keep | [] | [
5.3,
6.8,
9.2,
10,
10,
10,
10,
3,
0
] |
./WIDE-20121108225614-crawl419/WIDE-20121109000242-05352.warc.gz | 261,114,932 | 13,694 | 45,056 | http://www.igihe.com/diaspora/ibikorwa/rwanda-day-mu-mafoto-abanyarwanda-biga-mu-majyepfo-ya-usa-berekeza-mu-mujyi-wa-chicago.html | text/html | 2012-11-09T00:27:17 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] | [
0.766,
0.234,
0
] | Kimwe n’abandi banyarwanda benshi baba muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ndetse na Canada, abanyarwanda biga muri Leta ya Mississippi, Alabama, Arkansas ndetse na Texas bafashe urugendo berekeza mu mujyi wa Chicago ahagiye kubera umunsi w’abanyarwanda baba muri Amerika y’amajyaruguru.
Iyi karita igaragaza uko abanyarwanda biga muri Leta za Mississippi, Texas, Alabama na Arkansas
bahuriye mu mujyi wa Little-Rock muri Leta ya Arkansas
berekeza mu mujyi wa Chicago muri Leta ya Illinois
Ubwo bahagurukaga muri Kaminuza ya Arkansas mu mujyi wa Little-Rock (UALR) ku isaha ya saa cyenda n’igice (Isaha ya Arkansas).
Bamwe mu banyeshuri b’abanyarwanda biga muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika
ubwo barimo kwitegura kujya Chicago muri Rwanda Day
Bus zahagurutse mu mujyi wa Little- Rock Leta ya Arkansas berekeza mu mujyi wa Chicago ,
Leta ya Illinois
Ubwo twatangiraga urugendo negereye Mbarushimana Pierre Canisius, umwe mu banyarwanda biga muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika maze turaganira.
Igihe.com : Mwatubwira impamvu namwe mwaje kwifatanya n’abandi banyarwanda baba hanze muri Rwanda Day ?
Pierre Canisius : Ni byiza ko nizihizanya Rwanda Day hamwe n’ abandi kuko bizamfasha kumva ko n’ubwo ndi hanze, nkisangiye n’abandi banyarwanda indangagaciro z’umuco wacu. Ikindi kandi bizamfasha guhura n’ abanyarwanda ntari nzi, udasize inyuma ni uko nzamenya aho u Rwanda ruhagaze kuko nzagira amahirwe yo guhura n’abavuye mu Rwanda.
Igihe.com : Insanganyamatsiko ya Rwanda Day ni Agaciro, umurage wacu. Ese kuri wowe wumva Agaciro ari iki ?
Pierre Canisius : Agaciro numva ari ishingiro buri munyarwanda akwiye guharanira. Agaciro gashingiye ku twizamura mu bijyanye n’ubukungu, amahoro ndetse no kugira isura nziza mu mahanga.
Aya ni amwe mu mafoto twafashe ubwo twarimo tuva mu mujyi wa Little Rock twerekeza Chicago | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"ibo_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn"
] | allowed | 7d10a6f8f7313c1f1f8c85d545f5fd77 | keep | [] | [
6,
7.3,
10,
9.9,
10,
10,
10,
2,
0
] |
./WIDE-20121108225614-crawl419/WIDE-20121109000242-05352.warc.gz | 370,139,704 | 12,114 | 40,504 | http://www.igihe.com/amakuru/mu-mateka/zimwe-mu-mpamvu-zatumye-rpf-itangiza-urugamba-rwo-kwibohora.html | text/html | 2012-11-09T00:35:31 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kik_Latn"
] | [
0.7347,
0.2653,
0
] | Tariki ya 1 Ukwakira, ni umunsi ufite amateka akomeye mu Rwanda. Uyu munsi ufatwa nk’uwo ingabo za RPF zatangirijeho urugamba rwo kubohora mu mwaka wa 1990. Usanzwe wizihizwa buri mwaka, gusa muri iyi minsi, uyu munsi usa n’uwahujwe n’itariki ya mbere Gashyantare, umunsi u Rwanda rwibukaho intwari zabohoye u Rwanda. Gusa ntibivuze ko uyu munsi wasibanganye.
Ubusanzwe urugamba rwo kwibohora, rushora imizi mu mateka yaranze u Rwanda cyane cyane mu mwaka wa 1959. Biturutse ku mpinduramatwara yatangijwe na Kayibanda Gregoire mu 1959, Abatutsi bafatwaga nk’abayoboraga mu gihe cy’ubutegetsi bwa cyami, bagiriwe urwango rukabije cyane, bamwe baratwikirwa, baratotezwa, mu myaka yagiye ikurikiraho, bitera ubuhunzi bwa benshi mu banyarwanda.
Kugarura Abanyarwanda mu gihugu cy’amavuko
Kuva u Rwanda rwabona ubwigenge mu 1962, uru rwango rwarakomeje. Repubulika ya mbere ndetse n’iya kabiri bigira uruhare mu kubuza impunzi gutaha.
Mu mwaka wa 1960, muri Uganda ahari harahungiye benshi mu banyarwanda, havutse ibibazo mu butegetsi bwa Milton Obote, abyegeka kuri izi mpunzi z’abanyarwanda, bituma atanga itegeko ryo kwirukana benshi ku mirimo bakoraga muri iki gihugu.
Benshi batangiye kwinjira mu gisirikare cya Museveni, harimo na Rwigema wari ukiri mutoya. Aha batangiye kurwanya ubutegetsi bwa Id Amin, amaze kuvaho mu 1979 ni bwo impunzi z’anbanyarwanda zatangiye gushaka uburyo zakwiyegeranya.
Hagati ya 1979-1987, bashinze ihuriro ry’Abanyarwanda ryitwa RANU, mu rwego rwo gushaka uburyo bataha mu Rwanda.
Mu 1990-1994, bamwe mu bari abasirikare bakuru kwa Museveni, batangiye kukivamo batangira urugamba rwo kubohora u Rwanda.
Kurwanya Jenoside yakorerwaga Abatutsi
Nyuma y’amasezerano ya Arusha yatangiye mu 1992 akagera mu 1993, hagamijwe igabana ry’ubutegetsi, ubutegetsi bwariho mu Rwanda bwatangaje ko bugiye kwica Abatutsi bose.
Ibi byatumye ingabo za RPF, zibyutsa urugamba zifata Umujyi wa Ruhengeri. Nyuma y’ihanurwa ry’indege yahitanye Perezida Habyarimana Juvenal w’u Rwanda na Ntaryamira Cyprien w’u Burundi, abahutu babonye urwitwazo n’imbarutso yo kumaraho abatutsi. Iki na cyo cyabaye impamvu y’urugamba rwa RPF ngo itabare byihuse abicwaga. | [
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | bccd318d9a6fcf889cf0f57b59fdc876 | keep | [] | [
5.2,
6.6,
10,
9.9,
10,
9.7,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121108225614-crawl419/WIDE-20121109000242-05352.warc.gz | 381,799,703 | 12,939 | 48,907 | http://www.igihe.com/amakuru/utuntu-n-utundi/yapfuye-amaze-kwakira-obama-muri-resitora-ye.html | text/html | 2012-11-09T00:37:42 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] | [
0.8369,
0.1631,
0
] | Mu majyaruguru ya Amerika muri Leta ya Ohio, Josephine Ann Harris w’imyaka 70 ufite resitora mu mujyi wa Akron "Ann’s Place", yakiriyemo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Barack Obama, hashize amasaha make arapfa.
Igitangazamakuru cyo muri ako gace cyitwa Akron Beacon cyatangaje ko Josephine akimara kwakira Obama muri resitora ye, yahise afatwa n’isereri bitewe n’umutima (crise cardiaque) ahita ajyanwa kwa muganga ari na ho yapfiriye.
Umuvugizi wa Obama, Jay Carney yabwiye abanyamakuru ba Air Force One ko bamenye iyo nkuru y’incamugongo bari mu ndege berekeza muri Washington ni bwo Obama yahamagaye umukobwa wa nyakwigendera amwihanganisha n’umuryango we, ko kandi na we yari yishimiye ko bahura kuko ku mugoroba w’uwo munsi yari yatangaje ko yagiye kurya mu gitondo (Petit déjeuner/breakfast) muri resitora ya Josephine Harris baranabonana.
Jay yakomeje avuga ko Obama mu kwihanganisha uwo muryango, yababwiye ko azakomeza kubatekereza kandi ko azajya abasengera. | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn"
] | allowed | 2ac1ed929076fc175d9e73cce81e0578 | keep | [] | [
5.2,
6.4,
10,
10,
10,
10,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121108225614-crawl419/WIDE-20121109000242-05352.warc.gz | 398,784,167 | 10,974 | 35,871 | http://www.igihe.com/amakuru/utuntu-n-utundi/norvege-amahirwe-y-umuryango-yatumye-aba-umuherwe.html | text/html | 2012-11-09T00:39:30 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] | [
0.9727,
0.0273,
0
] | Umuryango wo muri Norvege umaze guca agahigo mu gutsindira umukino wa Loto, ubwo umaze gutsinda inshuro eshatu mu myaka itandukanye.
Mu mpera z’icyumeru gishize, Tord Oksnes w’imyaka19 y’amavuka yabaye umuherwe kubera gutsindira miriyoni 12,2 z’amafaranga yo muri Norvège (Couronnes) angana na miliyoni 1 y’amayero yakuye mu mukino wa Loto akaba abikesha amahirwe yo mu muryango we.
Ikinyamakuru cyo muri icyo gihugu Verdens Gang (VG) cyatangaje ko gutsinda muri Lotto byamaze kuba nk’umuco muri uyu muryango, kuko Tord abaye uwa gatatu wo mu muryamgo we utsindiye Lotto, akaba aje akurikiye mushikiwe Hege Jeanatte w’imyaka 26 uheruka gutsindira muri 2010 miriyoni 8,2 z’amacouronnes, ndetse na se ubabyara Leif w’imyaka 58 muri 2006 nawe yatsindiye miriyoni 4,1. | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | 8b859fb3f80b838706ac4665b9a56620 | keep | [] | [
7.5,
10,
10,
9.7,
10,
9.5,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121222182429-crawl419/WIDE-20121222205643-07532.warc.gz | 806,504,116 | 11,072 | 35,455 | http://www.igihe.com/imikino/football/shevchenko-agiye-kureka-ruhago-akine-politiki.html | text/html | 2012-12-23T00:19:56 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] | [
0.9994,
0.0006,
0
] | Umunya Ukraine ukina umupira w’amaguru by’umwuga Andreï Shevchenko, aratangaza ko aretse ruhago ahubwo agiye gukina politiki nk’uko yabitangaje kuri uyu wa 28 Nyakanga2012.
Mu itangazo yanyujije ku rubuga rw’ikipe asanzwe akinira ya Dynamo Kiev, Shevchenko yagize ati ‘’Ahazaza hanjye ntihakiri umupira w’amaguru hazaba aha politiki .‘’
Uyu mukinyi yagize amateka meza muri ruhago kuko muri 2003 yafashije ikipe ya AC Millan kwegukana igikombe cy’amakipe yabaye aya mbere iwayo mu Burayi, Yatwaye n’igikombe cy’u Butaliyani muri 2003 n’igikombe gikuru cy’u Burayi (super cup).
Yatwaye imidari ku giti cye nk’ umukinni mwiza mu Butaliyani muri 2004 ndetse afatanya na bagenzi be bo mu ikipe ya Chealsea gutwara shampiyona y’u Bwongereza muri Chealsea.
Shevchenko yahamagawe mu kipe y’igihugu inshuro 108 atsinda ibitego 48 kuva 1995. Akaba yaranakiniye n’ikipe y’igihugu mu mikino iherutse y’igikombe cy’u Burayi aho basezerewe n’u Bwongereza ku gitego1 ku busa.
Uyu mugabo w’imyaka 35 y’amavuko, yatwaye Ballon d’Or muri 2004 ndetse niwe mukinnyi wa gatatu watsinze ibitego byinshi mu mateka ya Champions League, nyuma ya Raul na Ruud van Nistelrooy | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | b8c0c86ae846bf4325df2d3fab00aa9a | keep | [] | [
5.7,
10,
10,
9.6,
7.6,
9.5,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121214084052-crawl419/WIDE-20121214110349-07095.warc.gz | 352,159,351 | 13,357 | 51,725 | http://www.igihe.com/amakuru/muri-afurika/kabila-arasabwa-kumva-ibyo-umutwe-wa-m23-umusaba.html | text/html | 2012-12-14T12:25:26 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] | [
0.9311,
0.0689,
0
] | Akanama gashinzwe umutekano k’Umuryango w’Afurika Yunze Ubumwe (AU) karasaba Leta ya Repuburika Iharanira Demokarasi ya Congo, iyobowe na Joseph Kabila, gushyira mu bikorwa amasezerano Leta yagiranye n’ingabo zahoze ari iza CNDP, zayiyomoyeho zigashinga umutwe wa M23.
Nk’uko tubikesha Ibiro Ntaramakuru by’u Rwanda, Leta ya Congo yasabwe kubahiriza amasezerano yo ku itariki ya 23 Werurwe 2009 yagiranye n’izahoze ari ingabo za CNDP, zinjizwa mu gisirikare cya Leta, mu itangazo ryashyizwe ahagaragara nyuma y’inama ya 35 y’akanama gashinzwe umutekano muri AU yabereye i Addis-Abeba muri Etiyopiya ku itariki ya 19 Nzeri 2012.
Umuryango w’Afurika Yunze Ubumwe usanga amahoro arambye muri Congo nta handi yaturuka uretse kubahiriza ayo masezerano.
Umutwe wa M23 ukorera mu Burasirazuba bwa Congo, wongeye kubura intwaro bituma abanyecongo ibihumbi n’ibihhumbi bahungira mu bihugu by’abaturanyi, nko mu Rwanda na Uganda.
Inyeshyamba z’umutwe wa M23, raporo ya Loni yashinje u Rwanda kuba ruzitera inkunga, binashingirwaho n’ibihugu bimwe biruhagarikira inkunga byaruteraga, ariko u Rwanda rwo rubihakana rwivuye inyuma ko nta bufasha buha uwo mutwe.
U Rwanda rukagaragaza ko intambara yo muri Congo Kinshasa iterwa n’ibibazo by’imbere muri Congo kandi byatangiye cyera cyane. | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | 8cde8ee8979cccfda10a2fcdd5d9a2d6 | keep | [] | [
7.3,
9,
10,
9.9,
10,
9.9,
10,
2,
0
] |
./WIDE-20121214084052-crawl419/WIDE-20121214110349-07095.warc.gz | 463,238,149 | 12,220 | 64,550 | http://www.igihe.com///amakuru/muri-afurika/?debut_gh_news=132 | text/html | 2012-12-14T12:57:16 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kik_Latn"
] | [
0.9612,
0.0388,
0
] | Polisi mu gace ka Lwengo mu gihugu cya Uganda, yataye muri yombi umugabo w’imyaka 47, nyuma yo kumushinja icyaha cyo kuryamana n’umwana we...
Ihuriro ry’Abadepite n’Abasenateri bo mu bihugu bigize Akarere k’Ibiyaga Bigari (AMANI Forum), rirashinja igihugu cya Repubulika Iharanira...
Guverinoma ya Irland yahagaritse inkunga ingana na miliyoni 52,8 z’amashiringi yageneraga Uganda nyuma y’aho miliyoni 4 z’Amayero zigaragariye ko...
Muri gahunda yo gukingira abana bato batarengeje imyaka itanu yatangiye tariki ya 25 indwara y’imbasa mu gace ka Mahagi ko mu Ntara...
Leta ya Zambiya iratangaza ko mu kwezi gutaha izatangira gukingira abanyagihugu indwara ya SIDA ikoresheje umuti w’amababi y’ibimera witwa...
Mu gihugu cya Kenya imiryango imwe n’imwe igendera ku muco wo gushyingira abana b’abakobwa n’ubwo bifatwa nko guhonyora uburenganzira bw’abana....
Nkosazan Dlamini-Zuma, Perezida wa Komisiyo y’Umuryango wa Ubumwe bwa Afurika(AU), yatoranyije uwahoze ari Perezida w’u Burundi, Pierre Buyoya,...
Abantu bitwaje intwaro bishe barashe umunyamakuru w’Umunyasomalia, Ahmed Farah Ilyas, wakoraga kuri televiziyo y’Igihugu.
Ishyirahamwe...
N’ubwo Leta ya Uganda yashyizeho amabwiriza ko amasomo y’ubumenyi agomba kwigishwa mu mashuri yose yisumbuye, haracyabura abarimu bagera ku bihumbi...
Mu gihe bari basanzwe bahembwa amadolari arenga ibihumbi birindwi ku muntu buri kwezi, abadepite bo muri Congo Kinshasa bagejeje icyifuzo cyabo...
Muri Afurika y’Epfo, amakompanyi acukura amabuye y’agaciro yashyize yumvikana n’abacukuzi ku iyongezwa ry’umushahara nk’uko mu minsi yashize bari...
Ku itariki ya 24 Ukwakira 2012, Fatumata Diara, Umucamanza mu Rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rw’i La Haye CPI, yagaragaje impungenge afite...
Umugabo wo mu ntara ya Cibitoke mu Burundi yasambanyije inka, abaje kureba ibyo akora arabakubita ubu bakaba bari mu bitaro ; afashwe...
Ibyavuye mu iperereza by’agateganyo byashyizwe ahagaraga n’abari mu butumwa bwa Loni bwo kubungabunga amahoro muri Congo, bivuga ko ingabo za Congo...
Mu gihe mu gihugu cya Uganda hakomeje imishyikirano hagati ya Leta ya Congo Kinshasa n’umutwe uyirwanya wa M23, ibi biganiro kuri uyu wa mbere...
Tusemerirwe Rose utuye i Namuwongo muri Uganda, yatawe muri yombi na Polisi nyuma yo gushaka kuroga umwana we kubera gutereranwa n’uwo babyaranye...
Imishyikirano ihuza Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’abarwanyi b’umutwe wa M23 ibera i Munyonyo muri Uganda, yatangiranye no...
Inama za mbere zibanziriza ibiganiro hagati ya leta ya Congo Kinshasa n’umutwe uyirwanya wa M23, zasubitswe kubera impamvu zitandukanye zirimo no...
Nyuma y’isubikwa ry’ibiganiro byari biteganyijwe gutangira ku wa Gatanu i Kampala hagati y’umutwe wa M23 na Leta ya Congo Kinshasa, M23 yatangaje...
N’ubwo byari biteganyijwe ko kuri uyu wa Gatanu tariki ya karindwi Ukuboza Leta ya Congo Kinshasa yari kugirana ibiganiro n’umutwe wa M23, ibi...
Desmond Tutu wahoze ari musenyeri mukuru mu idini y’Abangilikani muri Afurika y’Epfo, akaba yaranahawe igihembo cy’amahoro cyitiriwe Nobel,...
Umukuru w’igihugu cya Afurika y’epfo Jacob Zuma, aratangaza ko yasuye umukambwe Nelson Mandela mu bitaro akavuga ko ameze neza.
Umuvugizi wa...
N’ubwo hamaze igihe havugwa ko ingabo za Loni zishinzwe kubungabunga amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO) bitabuza ko...
Kuri uyu Gatanu, tariki ya 7 Ukuboza 2012, i Dar es Salaam muri Tanzaniya, harateranira inama y’iminsi ibiri ihuje Abayobozi b’Umuryango w’Ibihugu...
Desmond Tutu wahoze ari musenyeri mukuru mu idini y’Abangilikani muri Afurika y’Epfo, akaba yaranahawe igihembo cy’amahoro cyitiriwe Nobel,...
Umugabo wo mu ntara ya Cibitoke mu Burundi yasambanyije inka, abaje kureba ibyo akora arabakubita ubu bakaba bari mu bitaro ; afashwe...
Mu gihe mu gihugu cya Uganda hakomeje imishyikirano hagati ya Leta ya Congo Kinshasa n’umutwe uyirwanya wa M23, ibi biganiro kuri uyu wa mbere...
N’ubwo hamaze igihe havugwa ko ingabo za Loni zishinzwe kubungabunga amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO) bitabuza ko...
Kubera urujya n’uruza rw’abantu bituma uburaya buhindura isura, u Bushinwa bwafashe ingamba zo guhagarika ingendo z’abagore b’Abagande bari munsi...
Imishyikirano ihuza Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’abarwanyi b’umutwe wa M23 ibera i Munyonyo muri Uganda, yatangiranye no...
Amakuru aturuka i Kampala muri Uganda ahabera ibiganiro hagati y’abarwanyi ba M23 na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aremeza ko kuri uyu...
Abantu bagera kuri 25 nibo bakomerekeye mu mpanuka y’imodoka ya Jaguar yabaye mu gitondo cyo ku wa Gatatu tariki ya 12 Ukuboza ubwo yavaga...
Umukuru w’igihugu cya Afurika y’epfo Jacob Zuma, aratangaza ko yasuye umukambwe Nelson Mandela mu bitaro akavuga ko ameze neza.
Umuvugizi wa...
Nyuma y’aho igisirikare cya Zimbabwe cyaherukaga muri Congo Kinshasa gufasha Perezida Laurent Desire Kabila guhashya abamurwanyaga, cyongeye...
Inama za mbere zibanziriza ibiganiro hagati ya leta ya Congo Kinshasa n’umutwe uyirwanya wa M23, zasubitswe kubera impamvu zitandukanye zirimo no...
Ibyavuye mu iperereza by’agateganyo byashyizwe ahagaraga n’abari mu butumwa bwa Loni bwo kubungabunga amahoro muri Congo, bivuga ko ingabo za Congo... | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | 2e69e53fd728417cd1b592a4695b1f2c | keep | [] | [
5.1,
8.9,
10,
9.2,
9.8,
10,
7.8,
0,
0
] |
./WIDE-20121214084052-crawl419/WIDE-20121214110349-07095.warc.gz | 722,492,296 | 12,854 | 44,487 | http://www.igihe.com/amakuru/mu-mahanga/ikiganirompaka-na-romney-cyabangamiye-isabukuru-y-ubukwe-bwa-obama.html | text/html | 2012-12-14T14:33:47 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] | [
0.8517,
0.1483,
0
] | Michelle Obama, umugore wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, atangaza ko atishimiye kuba ikiganirompaka hagati y’umugabo we Barrack Obama na Mitt Romney bahanganye mu matora ateganyijwe muri Amerika kuko cyabaye mu gihe bagombaga kwizihiza isabukuru y’imyaka 20 bamaze babana.
Agaragara kuri televiziyo ya CNN, Michelle Obama yavuze ko atigeze yishimira igitekerezo cyo kumara ijoro mu kiganirompaka cyahuje umugabo we Obama n’uwo bahanganye mu matora Mitty Romney, kuko byabangamiye imigendekere myiza y’isabukuru yabo.
Michelle Obama yagize ati “nabwiye Barack Obama ko kujya mu kiganiro mpaka cyo guhatana mu matora ari uburyo bubi bwo kwishimira isabukuru y’imyaka 20 yo kubana kwacu.”
Kubera kubura uburyo bwo kwizihiza isabukuru yabo, Barrack na Michelle bohererezanyije utugambo turyoheye imitima bifashishije urubuga nkoranyambaga rwa twitter.
Akoresheje urubuga rwe @BarackObama rukurikirwa n’abantu barenga miliyoni 20, Barack Obama yandikiye umugore we ati “ hashize imyaka 20 mbanye n’urukundo rw’ubuzima bwanjye akaba n’inshuti iruta izindi. Isabukuru nziza Michelle.”
Hashize isaha imwe Michelle na we yandikiye umugabo we, ati “ isabukuru nziza y’imyaka 20 Barack. Warakoze kuba warabaye umufasha, inshuti, n’umubyeyi ubikwiye w’abana iminsi yose. Ndagukunda !”
Kimwe n’umugore wa Mitt, Michelle na we yagombaga kwitabira ikiganiro mpaka cy’umugabo we Barack cyari gitegenyijwe ku isaha ya saa saba z’ijoro kuwa Gatatu ushize. Ndetse aba bagore bombi barishimiwe ubwo binjiraga mu cyumba cyabereyemo iki kiganiro iminota 10 mbere y’ikiganiro nyirizina.
Ikipe ishinzwe kwamamaza umukandika wo mu ishyaka ry’abademukarate rya Obama, yari yashyize video igenewe kwizihiza isabukuru y’imyaka 20 y’ubukwe bwa Obama ku rubuga rwa YouTube, bakanavuga ibigwi bya Obama nka perezida wiyamamariza kongera kuyobora.
Muri iyi Video humvikanamo amwe mu magambo ya Michelle Obama, agira ati “ nezezwa na Barack, kandi ntibiterwa no kuba ari umuperezida mwiza gusa, ahubwo ni uko yanubatse imfatiro zikomeye z’umuryango wacu.”
Iyi Video irangirira ku kiganiro cya Obama na Michelle, aho Michelle abwira umugabo we ati “ imyaka ibaye 20. Sinshaka kugushyiraho igitutu kinini. Nzi neza ko ufite ariya matora, ariko byanshimisha untunguje akantu keza.” Obama na we arasubiza, ati “ nzagerageza.” | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | 58c17c5d7a10c94e890675452714cee4 | keep | [] | [
7.6,
10,
10,
9.9,
9.4,
10,
10,
2,
0
] |
./WIDE-20121127234705-crawl419/WIDE-20121128015034-06618.warc.gz | 485,435,997 | 11,849 | 38,547 | http://www.igihe.com/amakuru/muri-afurika/umudepite-muri-kenya-yatawe-muri-yombi-kubera-kubiba-amacakubiri.html | text/html | 2012-11-28T03:01:47 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] | [
0.9454,
0.0546,
0
] | Umushinjacyaha Mukuru muri Kenya yatangaje ifatwa ry’umudepite Ferdinand Waititu kuri uyu wa 25 Nzeri 2012 akekwaho kubiba amacakubiri n’umwiryane mu baturage ba Kenya.
Uyu mugabo usanzwe ari na Minisitiri wungirije ushinzwe amazi, yavuze amagambo ahamagarira abaturage bo mugace akomoka mo kwanga ubwoko bw’Abamasayi.
Amakuru dukesha BBC, Izi mvururu zije nyuma y’uko Abamasayi bagabye igitero ku musore umwe wo mu bundi bwoko bakamwica bamushinja ubujura.
Nibwo nyuma y’igihe gito uwo Mudepite yahageze maze abwira abaturage ko batagishaka Abamasayi muri ako karere ka Kayole.
Nibwo uru byiruko rwisuganyije rugaba igitero cyo kwihorera ku Bamasayi bahitana umwe muri bo undi baramukomeretsa bikabije.
Ayu mudepite ahakana uruhare rwe muri izi mvururu akavuga ko amagambo yavuze atari agamije kwirukana Abamasayi muri ako karere ahubwo yavugaga aborozi b’Abamasayi ariko bo muri Tanzaniya batuye aho.
Yongera ho ko amagamboye yafashwe uko atabishakaga bityo akemera ikosa akanasaba imbabazi.
Abanyepolitiki bakomeje gushinjwa kubiba urwangano mu bene gihugu mu gihe hategurwa amatora y’umukuru w’igihugu ateganyijwe muri Werurwe umwaka utaha.
Ababarirwa mu majana barishwe abarenga igihumbi barakomereka bitewe n’ubushyamirane buri hagati y’amoko y’aba Waorma n’aba Wapokomo mu karere ka Tana River.
Muri Kenya, ubushyamirane bw’amoko bwateye impfu z’abantu babarirwa mu bihumbi kubera imvururu zakurikiye amatora y’Umukuru w’igihugu muri 2007-2008 aho ibyayavuyemo bitavuzwe ho rumwe n’impande zinyuranye. | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | ccac242b6a3dfbd226ccc2c60215008d | keep | [] | [
5.8,
7.2,
10,
10,
10,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121212110308-crawl417/WIDE-20121212125526-08532.warc.gz | 535,451,012 | 7,682 | 31,008 | http://www.inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1210210325 | text/html | 2012-12-12T22:31:23 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"swh_Latn"
] | [
0.9982,
0.0019,
0
] | Man City, Man Utd na Chelsea zikomeje kwitwara neza
Ku munsi wa munani wa shampiyona yo mu Bwongereza amakipe akomeye yabashije kubona amanota atatu uretse Arsenal yatsinzwe na Norwich igitego 1-0. Chelsea yatsinze Tottenham mukino utari woroshye ibitego 4-2, Manchester United inyagira Stoke City 4-2 mugihe Manchester City yatsinze biyigoye Westbromwich 2-1.
Chelsea na tottenham niwo umukino wabimburiye iyindi maze ku munota wa 17 gusa Gary Cahill afungura amazamu igitego cyaje kwishyurwa na Gallas wa Tottenham igice cya kabiri kigitangira.
Jermain Defoe yahaye Tottenham amahirwe yo gutsinda uyu mukino ashyiramo icya kabiri gusa Juan Matta yaje gufasha Chelsea Kwishyura ashyiramo n’icya gatatu.
Umukino ujya kurangira Matta wari wakomeje kuzonga Tottenham yahaye umupira mwiza Sturridge ashyiramo agashinguracumu.
N’ubwo Manchester United yatsinze Stoke 4-2 yatangiye nabi Rooney yitsinda igitego ariko aza kucyishyura hanyuma Robin Van Persie atsinda ikindi mbere y’akaruhuko.
Danny Welbeck niwe watsinze icya gatatu mbere y’uko Stoke itsinda igitego cyayo cya kabiri ariko nanone Rooney yongera kunyeganyeza incundura umukino urangira ari 4-2.
Ikipe ya Manchester City yabonye intsinzi ku kibuga cya Westbrowich yiyushye akuya nyuma yo guhabwa ikarita itukura yahawe James Milner.
Hasigaye iminota icumi yari yatsinzwe igitego 1-0 maze Edin Dzeko winjiye mu kibuga asimbuye atsinda ibitego bibiri byahesheje intsinzi Manchester City.
Kugeza ubu Chelsea niyo ikomeje kuyobora urutonde rwa shampiyona by’agateganyo ikurikiwe na Manchester United hamwe na Manchester City mugihe Arsenal ibarizwa ku mwanya wa 9.
Mu bamaze gutsinda ibitego byinshi bayobowe na Robin Van Persie, Demba Ba na Michu bafite ibitego 6.
Rutaganda Ponny. | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"scn_Latn"
] | allowed | fd66620eb55b7b52e669f120dff4360b | keep | [] | [
7.5,
9.3,
10,
10,
10,
10,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121107232315-crawl419/WIDE-20121107232315-05248.warc.gz | 571,257,711 | 11,574 | 37,233 | http://www.igihe.com/imikino/basketball/kigali-uko-amwe-mu-makipe-yitabiriye-zone-5-yiteguye-imikino-ya-nyuma.html | text/html | 2012-11-08T00:18:09 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] | [
0.9965,
0.0035,
0
] | Imikino yose yabereye kuri Petit Stade Amahoro, nubwo umukino w’ u Rwanda na Uganda wari uteganyirijwe kubera muri Green Hills Academy. Imikino y ‘uwo munsi yatangijwe n’ umukino wa Ethiopia na Kenya mu bakobwa. Kenya yatsinda bitayoroheye Ethiopia 93 kuri 59. Uyu mukino wararangiye umukinnyi Hiwot Argaui (bahimbye Miss Zone 5) avunitse.
Twegereye umutoza wa Kenya mu bakobwa, bwana Ojukwu Anthony atubwira ko byatewe nuko yari yabwiye abakinnyi be kutirushya kugirango bazakine neza umukino bafitanye n’ u Rwanda. Twamubajije intego yazanye muri iri rushanwa atubwira ko ari ugutwara iki gikombe. Tumubajije ingorane ahura nazo atubwira ko ari imvune n’ ikipe y ‘u Rwanda itoroshye na gato. Yanatubwiye ko ashima cyane uburyo bakiriwe, atubwira ko amayeri ari bukoreshe ku mukino w’u Rwanda ari ukubakoresha amakosa no gukinisha imbaraga nyinshi kuko kuri technique u Rwanda rubarusha.
Twegereye umutoza wa Ethiopia, tumubajije kugitera gutsindwa umusubirizo atubwira ko bo baje kugirango bashake ubunararibonye(experience)kuko ari ubwa mbere bitabiriye aya amarushanwa. Tumubajije impamvu batazanye ikipe y’ abahungu yatubwira ko batari bagera ku rwego rwo kuza kwiga ko bari kuba baje gutembera. Ku kabazo k ‘amatsiko abafana bagiraga babona abakinnyi benshi bitwa Hiwot, yatubwiye ko batava inda imwe, ahubwo ari ibintu byaje gutyo(hasard).Uyu mukino wasifuwe n’ umusifuzi umwe muri babiri u Rwanda rufite mpuzamahanga.
Hakurikiyeho umukino w’u Burundi na Tanzania mu bakobwa ,maze u Burundi butsinda Tanzania 89 kuri 47.Twegereye umutoza w’u Burundi , bwana Alain atubwira ko ingamba bari bazanye ari ukumenyereza ikipe y’ abana bato bakamenyera ko bo bareba zone 5 zo mu myaka iri i mbere atari ugutwara igikombe ahubwo bishimira ko batsinzwe gacye (Kenya na Uganda gusa)bagatsinda Tanzania n’ Ubugande nubwo baba barushijwe mu mbaraga.
Haje gukurikiraho umukino wa Kenya n’u Burundi mu bagabo. Umukino washimishije abafana cyane ,dore ko abanyakenya no mu bahungu bari bafite umugambi wo gukina bizigama kubera umukino bafitanye n’u Rwanda kuri uyu munsi,byaje kubakomerana bongeramo agatege babasha gutsinda u Burundi bitaboroheye 72 kuri 63.Dore ko bakoresheje umukinnyi kizigenza wabo Kiganya umukino wose adasimbuwe.Uyu mukino nawo ukaba warasifuwe n’ undi musifuzi mpuzamahanga w’ umunyarwanda Desire.
Imikino y ‘uwo munsi yasozerejwe n’ umukino w’ u Rwanda na Uganda ,abakinnyi b’u Rwanda basaga nabahawe amabwiriza yo kudakoresha imbaraga nyinshi kubera umukino w’ ishiraniro bafitanye na Kenya maze abagandekazi ntibaborohera ,agace ka mbere ku mukino(quarter) karangira ari 17 kuri 17.Umutoza w’u Rwanda Vaceslav Kavedzija ahindura umukino birangira u Rwanda rutsinze Uganda 74 kuri 59.
Ku munsi wa nyuma w’ino mikino ,imikino yose ikaba iri bubere kuri petit stade Amahoro .Ikaba iri bube mu buryo bukurikira :
-Ethiopia n’ u Burundi mu bakobwa i saa 10h
-Uganda na Tanzania mu bakobwa I saa 12h
-Tanzani n’ u Burundi mu bagabo I saa 14h
-Kenya n’u Rwanda mu bakobwa I saa 16h
-Kenya n’ u Rwanda mu bahungu I saa 18h
Musabwe kuza gushyigikira amakipe y’u Rwanda . | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | 45779ac707b37f9c9693de80b52c08f4 | keep | [] | [
8.3,
9.6,
10,
10,
10,
10,
10,
6,
0
] |
./WIDE-20121011045130-crawl412/WIDE-20121011052730-01263.warc.gz | 29,562,549 | 5,075 | 14,339 | http://imurenge.com/readnews.php?id=37 | text/html | 2012-10-11T05:29:22 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] | [
0.9155,
0.0845,
0
] | CALIFORNIA, USA - Amakuru tumaze kumenya mu mwanya muto aravuga ku gitabo giherutse kwandikwa n’umunyamategeko Me Justin Cubahiro Mbasha. Iki gitabo akaba yaracise Silence over the crime of crimes: When will Banyamulenge Victims of Gatumba Tragedy Stop Crying for Justice? Ugereranyije mu Kinyamurenge, iki gitabo citwa ngo “Guceceka kubijanye n’ubgicanyi: Ni ryari inzirakarengane z’Abanyamurenge bo mu Gatumba zizahagarika kuririra ubutabera?”
Mu magambo ahinye, Me Justin yavukiye i Buvira, muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo. Yize umwuga w’amategeko (Faculty of Law) muri kaminuza nkuru y’u Rwanda. Ubu akaba akora umurimo wo kuburanira abandi mu mashirahamwe abiri, ariyo: Kigali Bar Association na East Africa Law Society.
Iki gitabo kigizwe n’amakaratasi 312 ntikivuga amateka y’Abanyamurenge, ahubgo ubgaco n’ijwi rivugira impunzi zakorewe ibikorwa by’agashinyaguro mu nkambi yo mu Gatumba, mu gihugu c’u Burundi. Iki gitabo kandi kivuga ko biteye isoni cane ku muryango mpuzamahanga utaragize ico ukora kuri ubu bgicanyi. Kivuga kandi ko ari inshingano z’uyu muryango kurangiza uku gucecekera ku byaha byakorewe hariya. Hatagize igikorwa, akazoza ku buzima bg’ubumuntu ku bijanye n’uburenganzira bge kazaba akahe hatitabajwe ubutabera? Iki gitabo gitanga inzira zakwifashishwa mu guhana ibyaha ndengakamere. Kikaba carasohowe n’umuryango witwa LAP Lambert Academic Publishing.
Iki gitabo kiboneka kuri internet nko ku rubuga rwa Amazon n’ahandi. Kikaba kigurwa amafaranga y’amayero 79 (€ 79). Kanda HANO urebe aho twakuye iyi nkuru.
____________________
*Iyi nkuru yateguwe hifashishijwe urubuga Books on Demand.
Hashize iminsi mike uwari pasiteri KEGA HABIMANA yirubuye mw'idini rya ISLAM. Yijeje Abayisilamu bagenzi be ko agiye gushaka abayoboke mu Banyamurenge no kubaka imisigiti i Murenge. Twashatse kumenya ico abantu babivugaho, maze dutegura utubazo duke (SONDAGE) kugira ngo tumenye uko abantu babyifashemo. Fata akanya gato usubize utwo tubazo. Izina ryawe ntirisabga. Genda i bumoso bgawe, munsi y'ahanditse ngo "Bimwe mu bikorwa by'Abanyamurenge batuye mu mahanga", urabona ahanditse ngo "ISLAM MU BANYAMURENGE: TANGA IBITEKEREZO". Nukanda munsi yaho, urabona ibyo bibazo. Murakoze. | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"unk",
"run_Latn",
"kin_Latn"
] | allowed | f7a3b96d73e14b134dadb0c6e7753ae5 | keep | [] | [
6.1,
6.7,
10,
9.8,
10,
10,
10,
3,
5.2
] |
./WIDE-20121011045130-crawl412/WIDE-20121011052730-01263.warc.gz | 660,988,105 | 6,095 | 17,980 | http://imurenge.com/amateka.php | text/html | 2012-10-11T05:45:27 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] | [
0.818,
0.182,
0
] | Nkomeje kubashimira k’umwete mugaragaza ku makuru mutugezaho; ariko ibyo by'uwo mubare 666, ntibigomba kubatera ubwoba kuko ibyanditswe bigomba gusohora. Kandi sibyo gusa, intambara murazibona, amoko azatera ayandi, ishyanga rizatera irindi, inzara, imishyitsi hamwe na hamwe, erega nabyo bigomba gusohora. Ariko muhumure itorero rikiri kw'isi ntirizakorana na Antichrist. Icyakora rizarabura ku mibabaro yabyo. Rero abasenga bakomeze basenge, tuzigendera mw'ijuru. Abakora ibyo nabo bagomba kuzurizwa, buri umuntu wese azuzurizwa mu byo arimo.
Abanyamurenge bagiye muri Kongo bavuye mu bihugu bitandukanye birimo u Rwanda, u Burundi ndetse na Tanzaniya. Nkuko tubisoma mu gitabo Les Banyamulenge canditswe na Joseph Mutambo, uyu nawe akaba Umunyamurenge, hariho impamvu zitandukanye zatumye Abanyamurenge bambuka berekeza muri Kongo.
Impamvu ya mbere yateye Abanyamurenge kwambuka bakaja muri Kongo n’ugushaka inzuri z’inka zabo. Umuntu wa mbere wambutse n’uwitwa Serugabika, ari nawe wakomotseho Abagabika bagize umwe mu miryango y’Abanyamurenge. Uyu mugabo amaze kugera mu kiyaya ca Rusizi, yahisemo kuragira inka ze mu ruhande rw’iburyo bg’uruzi rwa Rusizi. Aha yahasanze ahantu hagari cane kandi hagazutse. Yahisemo kuhatura. Serugabika yahise azana umuryango we. Nyuma abaturanyi be nabo baza kuhamusanga baraturana.
Uruhererekerane rw’inkuru za basogokuruza (tradition orale) rwemeza ko hariho abantu bamwe bakomoka kuri Serugabika bakomeje berekeza mu burengerazuba, aho baburiwe irengero. Bivugwa ko bariwe n’ubgoko bgabaga mu mashamba ahanamiye inyanja ya Tanganika, iherereye mu muji wa Uvira.
Abandi bantu nanone bakomoka kuri Serugabika berekeje mu turere turi kure, aho bivanze n’andi moko muri Kasai. Abandi bantu baje kwambuka nyuma bava mu Burundi na Tanzaniya. Aba bose bubatse ahitwa i Kakamba muri kiyaya ca Rusizi.
Indi mpamvu yatumye Abanyamurenge bambuka n’ikurakuranywa ry’ubutegetsi bga cami bgariho ico gihe. Aha twatanga urugero igihe Abanyabyinshi, umwe mu murara ugize ubgoko bg’Abanyamurenge, wambutse uva mu Rwanda. Abanyabyinshi rero bakaba barambutse ku ngoma ya Karinga. Bemeza ko bakomoka kuri Byinshi mwene Bamara. Tubibutse ko ibi byabaye hagati y’umwaka wa 1510 na 1543. Bamaze kugera muri iki kiyaya ca Rusizi, bahise batura ahitwa i Kakamba, aha bakaba barahahuriye n’urubyaro rwa Serugabika hamwe n’indi miryango bose bafite intego imwe yo gushaka inzuri z’inka zabo.
Impamvu ya gatatu yateye Abanyamurenge kwimukira muri Kongo n’inzara y’ibijumba (indofanyi cangwa se ibirayi nkuko Abanyarwanda babyita) yari yarateye mu Rwanda. Iyi nzara bivugwa ko yari iteye ubgoba muri ico gihe. Si mu Rwanda gusa ahubgo no mu Burundi bari bayifite. Amashamba yari yarumye, inzuzi zari zarakamye, ndetse nta n’icatsi cabashaga gufata ku butaka. Hose harangwaga umukungugu gusa. Iyi nzara ikaba yarahawe izina rya Rukungugu. Abantu bahatiwe kwimukira mu tundi duce. Bagera kuri Rusizi, ahari hazungurutswe n’imisozi miremire. Nkuko abanditsi barimo Buhane na Alexis Kagame babyemeza, iyi nzara ntiyari inzara isanzwe ahubgo yari icorezo. Tubibutse ko ibi byabaye ku ngoma ya Yuhi IV Gahindiro hagati y’umwaka wa 1746 na 1802.
____________________
- Mu gutegura iyi nkuru, hifashishijwe igitabo “Les Banyamulenge” canditswe na Joseph Mutambo (1997: page 18, 19).
Hashize iminsi mike uwari pasiteri KEGA HABIMANA yirubuye mw'idini rya ISLAM. Yijeje Abayisilamu bagenzi be ko agiye gushaka abayoboke mu Banyamurenge no kubaka imisigiti i Murenge. Twashatse kumenya ico abantu babivugaho, maze dutegura utubazo duke (SONDAGE) kugira ngo tumenye uko abantu babyifashemo. Fata akanya gato usubize utwo tubazo. Izina ryawe ntirisabga. Genda i bumoso bgawe, munsi y'ahanditse ngo "Bimwe mu bikorwa by'Abanyamurenge batuye mu mahanga", urabona ahanditse ngo "ISLAM MU BANYAMURENGE: TANGA IBITEKEREZO". Nukanda munsi yaho, urabona ibyo bibazo. Murakoze. | [
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"unk",
"run_Latn",
"kin_Latn"
] | allowed | 701a740b1fa6c8a0c440c806d8bb59bc | keep | [] | [
6.7,
7.1,
10,
9.8,
10,
10,
10,
5,
6.1
] |
./WIDE-20121021183247-crawl410/WIDE-20121021194252-02946.warc.gz | 935,682,377 | 10,212 | 49,899 | http://umuseke.com/?p=9443 | text/html | 2012-10-21T20:35:32 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] | [
0.9708,
0.0292,
0
] | David de Gea ku myaka 20 yasinye amasezerano y’imyaka 5 muri Manchester United, avuga ko yumava Saison itaha itinze gutangira ngo yigaragaze.
Ku wa mbere nibwo De Gea yazanywe i Manchester gukorerwa isuzumwa ry’ubuzima bwe mu bitaro bya Bridgewater Hospital, kuri uyu wa gatatu nibwo yasinye amasezerano imbere y’abayobozi n’umutoza Ferguson wa Man U.
De Gea aje gusimbura Edwin van der Sar watangaje ko azasezera ku mupira mu mpera za 2011.
Kuri miliyoni £17.8 zimuvanye iwabo muri Atletico Madrid muri Espangne, abaye umuzamu wa kabiri uhenze mu mateka ya ruhago ku isi, inyuma y’umutaliyani Gianluigi Buffon.
Umuzamu w’umudage Manuel Neuer uherutse kujya mw’ikipe ya Bayern Munich avuye muri Shakke 04, nawe yashakwaga na Man U ariko ubu cyakemutse.
De Gea aje i Manchester azanye n’umukobwa w’inshuti ye, umuririmbyikazi Edurne, bivugwa ko bazakora couple izaca ibintnu muri uru rusisiro.
Jean Paul Gashumba
umuseke.com
murarwaye?
sha aka kana rwose nanjye uwakampa nkagakubita icyumvirizo nkumva uko mbaye rwose | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"cat_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | f132ebb8abbf6855919e01cd35b5169f | keep | [] | [
6.8,
8.5,
10,
10,
10,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121021183247-crawl410/WIDE-20121021194252-02946.warc.gz | 937,895,442 | 10,246 | 49,331 | http://umuseke.com/?p=9477 | text/html | 2012-10-21T20:35:44 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] | [
0.9739,
0.0261,
0
] | Nk’uko biri mu itangazo ry’ inteko nshingamategeko ryo ku wa 28/6/2011, raporo yashyizwe ahagaragara na Komisiyo y’abadepite ku bijyanye n’ubuhinzi yatangaje irerekana ko Miliyari 1.8 yaburiwe irengero mu kugabagabanya abaturage inyongerera musaruro zatanzwe na Leta, miliyoni magana atatu yatanzwe ku ifumbire yasabwe ariko irenze iyari ikenewe na buri rwego ndetse ifumbire irenga kilogarama ibihumbi 800 yaburiwe irengero.
Nk’uko ibiro ntangazamakuru by’u Rwanda byabitangaje kuri uyu wa gatatu, iri tangazo ry’inteko nshingamategeko rivuga ko urebye inyongeramusaruro zatanzwe kuva mu 2008 kugeza mu 2010 ukagereranya, izaguzwe n’izatanzwe n’izikiri muri stock usanga habura amafaranga milliyari 1.5 aterekanwa aho yagiye.
Iri tangazo rinavuga ku ifumbire yaguzwe, ko ibiro 800 (800 kg) byaburiwe irengero.
Ku bw’ibi inteko ivuga ko miliyoni zirenga maganatatu na zo zaburiwe irengero mu bigo bibishinzwe zari zasabwe ngo zifashe mu kugura inyongeramusaruro zavugwaga ko zibura ngo abaturage bose bakwirwe.
Komisiyo y’inteko nshingamategeko yatanze iri tangazo ifatiye kuri raport y’ibiro by’ubugenzuzi bw’imikoreshereze y’umutungo, l’Office de l’Auditeur Général (OAG) yakorewe mu turere 5 tw’igihugu, hagati y’umwaka w’ 2008 na 2010.
Inteko yavuze ko ibi ari ibibazo bidasobanutse kandi byiganje bitari ngombwa, maze isaba gukurikirana iki kibazo ababikoze bakabihanirwa.
DUKUZUMUREMYI Noël
Umuseke.com
iyi fumbie irimo agatubuyse kuburyo inkwakuzi zamaze kubikiriramo.
babitohoze hakirika ayomafaranga agaruke ntampamvu yo kuzajya twigomwa imisoro ngo yibake igihugu barusahurira mundura bikuriramo ayabo nkaho badahembwa | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"cat_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn"
] | allowed | e5a2a0d3851faf5a18be5bf8f38a4b50 | keep | [] | [
6.4,
8.1,
10,
10,
9.8,
9.7,
10,
2,
0
] |
./WIDE-20121021183247-crawl410/WIDE-20121021194252-02946.warc.gz | 946,372,159 | 10,034 | 48,237 | http://umuseke.com/?p=9480 | text/html | 2012-10-21T20:36:32 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] | [
0.9615,
0.0385,
0
] | Mu ma saa cyenda 15h00, kuri uyu wa gatatu, ni bwo umuryango w’abanyamakuru batagira umupaka, Reporters Sans Frontières banditse ku rubuga ruhuza abantu, Twitter bagira bati: “Hervé na Stéphane barekuwe!” nyuma gato ubundi butumwa kuri twitter bwakurikiye ubwambere bubushimangira, nyamara abenshi basaga n’abakuyeyo amaso babifataga nk’ibihuha, nyuma gato noneho byaje kwemezwa ko barekuwe.
Nyuma y’amezi agera kuri 18 bashimutiwe mu gihugu cy’Afganistani, abanyamakuru babiri ba France 3, Hervé Ghesquière na Stéphane Taponier, barekuwe ari bazima.
Umwe mu banyamakuru ba France 2, Amaury Guibert, akaba yanditse ko n’igitangazamakuru France 3 cyari cyohereje abo banyamakuru muri Afganistani cyamaze kwemeza ayo makuru. Nicolas Sarkozy, Perazida w’Ubufaransa na we akaba yatumije bamwe mu miryango ya bariya banyamakuru.
Nk’uko bivugwa ubu ngo na bamwe mu bantu ba 3 bari kumwe na Hervé ndetse na Stéphane aribo: Reza, Ghulam na Satar na bo ngo baba barekuwe. Itangazo ryaturutse muri perezidansi y’Ubufaransa gusa ryo riravuga ku wari umusemuzi wa bariya banyamakuru “Reza Din”.
“Mu masaha make baraba biyibutsa ikirere cy’Ubufaransa”
Umubyeyi wa Stéphane Taponier yatangarije igitangazamakuru iTélé ko irekurwa ry’umuhungu we ari inkuru ishimishije. Kuri ubu bariya banyamakuru wamaze kugezwa mu birindiro by’ingabo z’Abafaransa biri i Kaboul nk’uko byavuzwe n’iriya televiziyo. Umubyeyi wa Taponier we akaba yanze kubyemera. Amakuru ava kuri umwe mu bantu ba hafi mu biro ntaramakuru by’Ubufaransa AFP, aremeza ko ku munsi wejo mu ma saa mbiri (8h00) z’igitondo bariya banyamakuru bazaba basesekaye ku kibuga cy’indege Villacoublay.
Mu matangazo abiri yasohowe n’ibiro bya Perezidanse y’Ubufaransa, mu rya mbere Nicolas Sarkozy yasaga n’uwishimiye irekurwa rya bariya banyamakuru.Naho mu rindi yemeje koko ko barekuwe.
Hervé Ghesquière, Stéphane Taponier n’abari babaherekeje ba 3, bashimuswe ku ya 30 Ukuboza 2009 mu gihugu cy’ Afghanistani, ubwo bashakaga amakuru y’imvaho ubwo bari boherejwe n’ igitangazamakuru France 3. Bari bamaze iminsi 547 baraburiwe irengero, ni ukuvuga umwaka n’amezi 6.
HATANGIMANA Ange Eric
Umuseke.com | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"swe_Latn",
"cat_Latn"
] | allowed | 15f9a41148fc46886813fc6c390712e3 | keep | [] | [
6.6,
8.7,
10,
9.7,
9.4,
10,
10,
3,
0
] |
./WIDE-20121004123520-crawl335/WIDE-20121004123520-01360.warc.gz | 59,260,468 | 11,480 | 50,117 | http://ruhagoyacu.com/spip.php?article3993 | text/html | 2012-10-04T12:36:52 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] | [
0.9902,
0.0098,
0
] | Kuri uyu wa gatatu 09/05/2012 kuri Stade Amahoro I Remera habereye umukino w’ikirarane wa shampiyona wahuzaga ikipe y’Isonga(6) na Rayon Sports(5) urangira ikipe ya Rayon Sports yegukanye amanota 3 ku ntsinzi y’ibitego 2 ku busa.
Ibitego bya Rayon Sports byabonetse mu gice cya kabiri cy’umukino bitsinzwe na SINA Jerome ku munota wa 52 yongeramo icya kabiri ku munota wa 71 ku makosa y’abinyuma b’Isonga FC.
Nubwo ikibuga kitari cyiza, umukino wagaragayemo kurushwa ku ruhande rw’ikipe y’Isonga, aho wanagaragayemo amakarita y’umuhondo ku mpande zombi: NDATIMANA Robert , RUHINDA FARUK na NSABIMANA Eric ku ruhande rw’Isonga, SIBOMANA Abouba na NSHIMIYIMANA Iddy ku ruhande rwa Rayon Sports.
Umutoza NSHIMIYIMANA Eric w’Isonga aganira n’itangazamakuru avuga ko ikipe ye kutitwara neza byaturutse muri ba myugariro bo hagati dore ko umukinnyi w’inkingi ya mwamba BAYISENGE Emery atakinnye yiteguraga kwerekeza ku mugabane w’Iburayi mu igeragezwa, bituma habanzamo USENGIMANA Faustin na TURATSINZE Hertier batakoze akazi kabo uko byagombaga.
Abakinnyi babanjemo ku mpande zombi :
Abasimbura:
Rayon Sports
Abasimbura: | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn"
] | allowed | 8f867c8f6fd658a2df0e240b8789dd5d | keep | [] | [
7.6,
10,
10,
9.9,
9.4,
9.9,
10,
2,
0
] |
./WIDE-20121004123520-crawl335/WIDE-20121004123520-01360.warc.gz | 81,511,495 | 12,406 | 64,437 | http://ruhagoyacu.com/spip.php?article3954 | text/html | 2012-10-04T12:37:23 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] | [
0.9955,
0.0045,
0
] | N Madjaliwa
Kuwa gatatu tariki ya 2/05/2012 i Huye habereye umukino w’ikirarane wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu mupira w’amaguru mu Rwanda. Wahuje Mukura Vs na APR FC
Ikipe ya Mukura Vs yabyitwayemo neza ibasha gutsinda APR FC igitego kimwe ku busa nkuko yabikoze mu mukino ubanza, igitego cya Mukura Vs cyatsinzwe na Harorimana mu gice cya mbere APR FC yagerageje ku kishyura mu gice cya kabiri birananirana, umukino warangiye Mukura Vs yegukanye amanota 3 n’igitego 1 ku busa bwa APR FC.
Mukura VS ikaba yahise igira amanota 42 ikaguma ku mwanya wa gatatu, n’imikino 21 imaze gukina, mu gihe APR FC ikomeje kuguma ku mwanya wa mbere n’amanota 46 ikaba imaze gukina imikino 22.
Gutakaza umukino kwa APR FC ikipe ya Police niyo yabyungukiyemo mu gihe izaramuka itsinze imikino isigaje.
Uko imikino ya shampiyona izaba yifashe ku munsi wa 23
Ku Cyumweru tariki ya 6/05/2012
Kiyovu Sports vs APR (Amahoro Stadium)
La Jeunesse vs Amagaju (Stade de Kigali)
Nyanza FC vs Etincelles FC (Nyanza)
Espoir FC vs Police FC (Rusizi)
Mukura vs AS Kigali (Kamena)
Marines (Ikiruhuko)
Urutonde :
Updates
Umukino wagombaga guhuza Isonga vs Rayon Sports wimuriwe tariki ya 9/05/2012 kubera yuko ikipe y’igihugu y’abari munsi y’imyaka 20 izaba ikina umukino wo kwishyura na Namibia muri weekend, kandi iyo kipe yiganjemo abakinnyi bakinira Isonga FC. | [
"swh_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"vec_Latn",
"swh_Latn",
"zho_Hans",
"swh_Latn",
"ast_Latn",
"run_Latn",
"eng_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | 48c59dee9ab491b8a8bf7fb456ccaaa6 | keep | [] | [
6.9,
8.9,
10,
10,
10,
9.6,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121004123520-crawl335/WIDE-20121004123520-01360.warc.gz | 396,767,111 | 10,846 | 48,589 | http://ruhagoyacu.com/spip.php?article4411 | text/html | 2012-10-04T12:42:14 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] | [
0.9988,
0.0011,
0
] | Kuwa Kane tariki ya 5/07/2012 nibwo habaye tombora yuko amakipe azahura mu gice cya nyuma cyo gushaka itike y’igikombe cy’Afurika 2013 kizakinirwa muri Afurika y’epfo.
Amakipe 30 agiye guhura, azitwara neza mu mikino ibiri azaba ari amakipe 15 hiyongereho igihugu kizakira Afurika y’epfo azaba abonye itike yo kujya mu mikino ya nyuma y’igikombe cy’Afurika 2013.
Dore uko amakipe azahura
Mali vs Botswana
Zimbabawe vs Angola
Ghana vs Malawi
Liberia vs Nigeria
Zambie vs Ouganda
Cap Vert vs Cameroun
Mozambique vs Maroc
Sierra Léone vs Tunisie
Guinée vs Niger
Soudan vs Ethiopie
Libye vs Algérie
Côte d’Ivoire vs Sénégal
RD Congo vs Guinée Equatoriale
Gabon vs Togo
République de centrafrique vs Burkina Faso
Imikino ibanza iteganyijwe hagati y’amatariki 7, 8 niya 9 mu kwezi kwa cyenda, imikino yo kwishyura ni hagati y’itariki ya 12, 13 niya 14 zu kwezi kwa cumi. | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"swh_Latn",
"swh_Latn",
"lim_Latn",
"swh_Latn",
"lua_Latn",
"lmo_Latn",
"lim_Latn",
"lim_Latn",
"lim_Latn",
"fuv_Latn",
"lim_Latn",
"bam_Latn",
"run_Latn",
"vec_Latn",
"bam_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | 04d4b2a65849cfc1addafe6f1b5a809a | keep | [] | [
6.8,
9.2,
10,
10,
9.8,
9.4,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121004123520-crawl335/WIDE-20121004123520-01360.warc.gz | 469,622,855 | 11,578 | 50,591 | http://ruhagoyacu.com/spip.php?article1972 | text/html | 2012-10-04T12:43:28 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"cjk_Latn"
] | [
0.9978,
0.0022,
0
] | N Madjaliwa
Rutahizamu mu ikipe ya Simba S C umugande Emmanuel Okwi yanze kwerekeza mu ikipe ya Kaizer Chiefs yo muri Afurika y’epfo, ahubwo we icyo ashyize imbere ni ukwerekeza ku mugabane w’Uburayi.
Okwi ugifite amasezerano n’ikipe ya Simba SC ikipe ya Kaizer Chiefs yashimishijwe n’uburyo akina ikaba yifuzaga ku mugura ku giciro cy’ibihumbi 150,000 bya madolari, uwo mukinnyi ukinira ikipe y’igihugu ya Uganda y’abari munsi y’imyaka 23.
Hagati aho Okwi arabarizwa mu gihugu cya Uganda aho akomeje gupanga urugendo rwerekeza i Burayi mw’igeragezwa ryo gukina hanze y’Afurika.
Ushobora kudukurikira ukoresheje Twitter cyangwa Facebook ukamenya amakuru yose y’imikino isaha ku yindi.
Ushobora no kudusura kuri Blog yacu , kanda hano | [
"swh_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn"
] | allowed | ad2199b7bbcd14caa648b8af0570bb55 | keep | [] | [
7,
9.3,
10,
10,
9.4,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121004123520-crawl335/WIDE-20121004123520-01360.warc.gz | 512,222,417 | 10,642 | 48,025 | http://ruhagoyacu.com/spip.php?article4793 | text/html | 2012-10-04T12:44:56 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kik_Latn"
] | [
0.9971,
0.0029,
0
] | Kuri iki cyumweru tariki ya 2/09/12 ikipe ya TP Mazembe yaraye yongeye kwiyerekana ubwo yatsindaga ikipe ya Ahly yo mu Misiri ku bitego 2 ku busa ihita ifata numwanya wa mbere mu itsinda A.
Uyu mukino ikipe ya Al Ahly yashakishaga intsinzi byanze bikunze gusa ntibyaje kuyihira kukibuga cy’I Lubumbashi kuko iminota 90 yarangiye Al Ahly imaze gutsindwa ibitego 2 byose ku busa.
Muri iri tsinda ikipe ya Zamalek yari yanganyije na Berekum Chelsea ku gitego kimwe kuri kimwe.
Muri iri tsinda ikipe ya TP Mazembe na Al Ahly zikaba ziri kurwanira umwanya wa mbere muri iri tsinda kugirango zirinde kuzahura na Esparance bigaragara ko izaba iyambere mu itsinda B aho imaze imikino 18 muri iri rushanwa idatsindwa kandi ikaba arinayo ifite iki gikombe. | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | e53abcfbd2b6c4d830aeffb55489de08 | keep | [] | [
6.7,
10,
10,
8.3,
10,
9.9,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121004123520-crawl335/WIDE-20121004123520-01360.warc.gz | 546,143,721 | 10,713 | 48,181 | http://ruhagoyacu.com/spip.php?article4298 | text/html | 2012-10-04T12:46:21 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] | [
0.9904,
0.0097,
0
] | Mu gihe hano mu Rwanda benshi mu bafana bakomeje kwinubira umusaruro udahagije w’umutoza Micho, muri Kenya ho abafana baho barabyinira kurukoma nyuma yaho ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru KTF ryahambirije umutoza Francis Kimanzi.
Imvano y’iri hambiririzwa rya Francis Kimanzi ni intsinzwi yakuye imbere ya Togo aya Kenya yabuze itike yo kujya mu majonjora ya kabiri yo gushaka itike y’imikino yanyuma ya CAN 2013.
Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Kenya nyuma y’inama ndende idasanzwe , hemejwe ko umutoza Francis Kimanzi asezererwa ku mirimo ye kubera umusaruo udahagije Harambee Stars imaze itaga mu marushanwa mpuzamahanga.
Nyuma yo guhambirizwa ku mirimo y’ubutoza Kimanzi akaba yagizwe umuyobozi wa tekiniki muri federation ya Kenya. | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | 1c8a8acd8de7636d3b222917f6ed93e8 | keep | [] | [
8,
10,
10,
10,
10,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121004123520-crawl335/WIDE-20121004123520-01360.warc.gz | 655,432,453 | 10,391 | 41,972 | http://ruhagoyacu.com/spip.php?article4091 | text/html | 2012-10-04T12:48:10 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"swh_Latn"
] | [
0.9943,
0.0058,
0
] | Ubusanzwe nyakwigendera amazina ye yose ni Mafisango Patrick Mutesa akaba yaravutse tariki 9/03/1980 avukira i Kinshasa muri DRC.
Mafisango yaje kumenyekana cyane ubwo yakiniraga ikipe ya APR FC hano mu Rwanda mu mwaka wa 2006 na 2007 aho yaje kuva yerekeza muri Atraco FC mu mwaka wa 2007/2008 na 2008/2009.
Icyo gihe ikipe ya APR FC yahise yongera iramugarura aho akaba hari mu mwaka wa 2009/2010 aho yaje kuva atumvikanye n’iyi kipe ajya muri Tanzania mu ikipe ya Azam FC mu mwaka wa 2010/2011.
Kubera ubuhanga yari akomeje kugaragaza Mafisango yahise ashakishwa bikomeye n’ikipe ya Simba SC birangira imwegukanye aho yari anamaze kwigaragaza nkumwe mu bakinnyi bayifatiye runini mu kibuga hagati muri iyi season ya 2011/2012 yegukanywe na Simba SC.
Ubusanzwe Mafisango yabanaga mu nzu na mugenzi we bakinana ukomoka muri Uganda Emmanuel Okwi hakaba hari habanje gutangazwa ko bose bakoreye impanuka icyarimwe dore ko bakundaga kugendana ariko iri joro bakaba batari bajyanye.
Mafisango kuva mu mwaka wa 2006 akinira Amavubi akaba ari n’umwe mu bakinnyi bari bitezweho byinshi n’umutoza Milutin ’Micho’ Sredojevic mu mikino Amavubi yateganyaga mu minsi iri imbere.
Ku wa kane tariki ya 17/05/2012 nibwo inkuru y’akababaro yamenyekanye ko Mafisango yitabye Imana azize impanuka, akaba yarashyinguwe kuri iki cyumweru tariki ya 20/05/2012.
Mafisango akaba asize uufasha n’abana batatu. | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | 78b7df5bc2d65ef456e75f3695876925 | keep | [] | [
5.4,
8.2,
10,
10,
9.4,
8.7,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20120930081645-crawl335/WIDE-20120930093158-00851.warc.gz | 24,355,850 | 6,209 | 26,321 | http://izuba.org.rw/i-761-c-3.izuba | text/html | 2012-09-30T09:35:00 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] | [
0.966,
0.034,
0
] | Imikino
Ishyirahamwe mpuzamahanga ry’umupira w’amaguru (Fifa) ryemeye gutera u Rwanda inkunga yo kuba ikigo kimeze nka Hoteli kizajya cyakira umwiherero w’ikipe y’igihugu.
Muri shampiyona y’ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru ya 2012/2013 ikipe ya APR yafashe icyemezo ko nta munyamahanga n’umwe uzayikinira ndetse ibandikira ibasaba kwishakira andi amakipe, ari na yo mpamvu Didier Sery Logbo na Lionel Saint Preux birukanywe mu myitozo.
Abakinnyi bane b’ikipe y’u Rwanda y’imikino ngororamubiri bari mu mwiherero i Gicumbi mu rwego rwo kwitegura imikino ya shampiyona y’isi izabera i Bulgaria mu Kwakira 2012 baratangaza ko binubira uburyo babayeho bihereye aho barara kuko aho kuba muri Hoteli bacumbikiwe mu nzu y’umuturage kandi bakarara hasi bityo bikaba bishobora kubagiraho ingaruka.
Bizimana Dominique ukuriye NPC-Rwanda yatangarije ikinyamakuru Izuba Rirashe ko yasezeye mu ikipe y’igihugu ya Sitting Volleyball kuko yageze ku ntego yihaye yo kujya mu mikino Paralempike.
Nyuma y’aho ikinyamakuru Izuba Rirashe cyitabiriye imikino Paralempike mu bamugaye yabanjirijwe n’iya Olempike yabereye i London mu gihugu cy’u Bwongereza hari ibintu byinshi u Rwanda rwayigiramo, ariko birindwi ni byo mugiye kugezwaho.
Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi Srejedovic Milutin uzwi ku izina rya Micho ari gukurikirana abakinnyi b’Abanyarwanda bakina ku mugabane w’Iburayi babigize umwuga.
Julius Bakabulindi, umusore ufite inkomoko mu gihugu cya Uganda, ariko uherutse guhabwa ubwenegihugu bw’u Rwanda afite icyizere ko iyi shampiyona izasozwa ariwe ufite ibitego byinshi nubwo atazayitangira muri izi mpera z’icyumweru kubera imvune amaranye iminsi.
Ikipe ya Royal Antwerp yo mu cyiciro cya kabiri mu gihugu cy’u Bubiligi izohereza abashinzwe kuyishakira abakinnyi (scouts) bayo mu Rwanda mu Gushyingo uyu mwaka wa 2012, bazaba baje gukurikirana shampiyona y’u Rwanda no kureba abakinnyi bashobora kwerekeza muri iyi kipe mu Kwakira.
- CHUK mu kurushaho kwita ku bafite ikibazo cya fistula
- BDF imaze gutanga miliyari 12 mu bijyanye n’ingwate
- Sentore yatangiye gutunganya indirimbo y’Afurika y’Iburasirazuba
- MINISANTE irategura gutanga icyiciro cya 3 cy’urukingo rwa kanseri y’inkondo y’umura
- Itsinda ry’abasirikare 24 nibo bashyizweho kugenzura imipaka ya Kongo n’ibihugu bihana imbibi | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn"
] | allowed | 88f8ac81582698f7c26b83db8bd9a1ec | keep | [] | [
5.6,
7.1,
10,
10,
9.4,
10,
10,
3,
0
] |
./WIDE-20120920014005-crawl416/WIDE-20120920041419-00038.warc.gz | 611,993,812 | 17,331 | 59,570 | http://hillywoodstar.com/archives/2340 | text/html | 2012-09-20T04:54:25 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] | [
0.9661,
0.0338,
0
] | Muri iki gitondo cyo kuwa 7 mata nibwo inkuru y’akababaro isakaye hirya no hino ko umukinnyi wa film Steven Kanumba (Charles) Yapfuye azize urupfu rutunguranye (nubwo hari abagikeka ko yishwe n’inshuti ye y’umukobwa nawe ukina film muri Tanzania) .steven kanumba aka yari afite Imyaka 28 y’amavuko yari umukinnyi w’umuhanga benshi bafatiragaho urugero ikindi yari afite umwihariko wo kuzana abanyamahanga batandukanye bagakinana muri film za Tanzania .Imikinire ye yahindukaga muri buri film kuburyo yari umukinnyi ushoboye gukina role nyinshi zitandukanye .
Ku bazi igihugu cya Tanzania ,steven Kanumba amashuri abanza yayize ku mashuri abanza ya Bugoyi naho ayisumbuye ayiga ahitwa Mwadui ndetse na Dar es Salaam kuri Dar Christian Seminary ayarangiriza ku mashuri yisumbuye ya Jitegemee
Nubwo yamenyekanye muri 2002 mu gihe yari amaze kwinjira mu itsinda rya Kaole Arts Group gusa yatangiye kwigaragaza mu makinamico nindi mikino guhera 1990.kuri ubu yari akunzwe cyane muri Tanzania ndetse no mu bihugu by’ibiyaga bigari .ndetse akaba yaranigaragaje muri film yakunzwe nabanya Nigeriya bise Dar to Lagos naho mu rwanda akaba yarakunzwe cyane muri film yitwa Oprah
ZIMWE MURI FILM STEVEN KANUMBA YAGARAGAYEMO
. Tufani . Gharika . Baragumu . Sikitiko Langu . Johari (1,2) . Dangerous Desire . Dar 2 Lagosi . Cross my Sin . Village Pastor
. Family Tears . Jahazi . Dira . Tufani . Gharika. Baragumu . Sikitiko Langu . Johari (1,2) . Dangerous Desire . Dar 2 Lagosi . Riziki (film). Cross my Sin
AGACE KA FILM JOHARI Yakinnye
ni igihombo ku muryango we inshuti ze africa n’abakunzi ba film bose .ARUHUKIRA MU MAHORO | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"eng_Latn",
"eng_Latn",
"sun_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | 3fe8f20840d8ea166f98393b661b3d9f | keep | [] | [
6.5,
8,
10,
9.9,
10,
10,
10,
2,
0
] |
./WIDE-20121025103214-crawl410/WIDE-20121025110417-03606.warc.gz | 11,812,050 | 10,852 | 51,622 | http://umuseke.com/?p=45014 | text/html | 2012-10-25T11:05:44 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"tat_Cyrl"
] | [
0.9381,
0.0619,
0
] | Shakira, umuririmbyikazi w’umunya Colombia yatangaje kuri uyu wa gatatu nijoro ko ategereje umwana we wa mbere nyuma yo guterwa inda n’inshuti ye Gerard Pique umukinnyi wa ruhago muri Espagne.
“ Nkuko bamwe muri mwe mubizi, Gerard nanjye turishimye cyane kuko dutegereje umwana wacu wa mbere! Ubu iki nicyo kintu kituraje ishinga uko izindi gahunda twari dufite twarazisubitse” ni ibyatangajwe na Shakira ku rubuga rwe rwa Internet.
Uyu muririmbyikazi ntabwo yigeze ariko atangaza igihe bategereje kwibaruka uwo mwana, akaba yahagaritse kuzitabira Festival ya muzika yari kuzajyamo i Las Vegas muri iyi week end.
Mu 2006 Shakira nibwo yatangiye kwamamara cyane mu ndirimbo ye nka “Hips Don’t Lie”, mu gikombe cy’Isi cya 2010 muri Africa y’Epfo naho yaharirimbye indirmbo yise “Waka Waka (This Time for Africa)” yamenyekanye cyane
Shakira Isabel Mebarak w’imyaka 35 muri Africa y’Epfo niho yahuriye na Gerard Pique i Bernabeu myugariro wa FC Barcelona w’imyaka 25 bakundana ubwo.
Uyu mukinnyi ubu akaba ari mu mvune ishobora kumara iyumweru bitatu.
marca
Egide RWEMA
UMUSEKE.COM
Ni ibi by’abasitari nyine.ubu se iyi myaka icumi yo iratuma barambana
Njye ndabashigikiye gusa basenge Imana leur couple itazaba nkizindi za abasitari tuzi!
Quand on aime rien n’empeche mes chers amis, imyaka ntacyo isobanura mu rukundo. Kandi rero icyo umutima ushaka……..
Piquet se ko wihangitse koko??Uyu mukecuru niwe uhisemo koko??5 years kuri 25 Yrs??Ahaaaaaa nibiramba nzaba numva.
ariko abasitari we ubwo se ubundi aba yarabujijwe ni iki kubyara? gusa ntibazamere nka lopezz na marc antony | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"slv_Latn",
"ibo_Latn",
"cat_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | fbe1ed60353a948bde964fd9516a906b | keep | [] | [
5.3,
6.7,
10,
9.9,
10,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029043133-03695.warc.gz | 81,983,566 | 7,530 | 30,416 | http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1207280626 | text/html | 2012-10-29T04:32:57 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] | [
0.9916,
0.0085,
0
] | CECAFA: Yanga Africa ikinamo Haruna Niyonzima niyo yegukanye igikombe itsinze Azam 2-0.
Yanga Africa yongeye kwisubiza igikombe cya CECAFA Kagame Cup itwaye incuro ebyiri yikurikiranya itsinze Azam ibitego 2-0. Iyi kipe ikinamo umunyarwanda Haruna Niyonzima nyuma yo gusezerera APR FC yatwaye igikombe bitayigoye na gato.
Umukino wa nyuma w’igikombe cya CECAFA ukaba wongeye guhuza amakipe abiri yo mu gihugu cya Tanzaniya cyakiriye iki gikombe nkuko byagenze umwaka ushize ubwo Yanga Africa yagitwaraga itsinze Simba SC.
Azam ikipe imwe rukumbi yambaraga amazina ku myenda yayo mu kibuga ni ubwa mbere mu mateka yayo yari igeze ku mukino wa nyuma dore ko ikiri nshya.
Umukino watangiye amakipe yose asatirana Yanga Africa ibifashijwemo na rutahizamu wayo w’Umugande Diego Hamisi Kiiza yafunguye amazamu mbere gato y’uko igice cya mbere kirangira.
Igice cya kabiri Yanga Africa yakomeje gukina nta gihunga aho umusore w’umunyarwanda Haruna Niyonzima ukina hagati yari yazonze Azam atanga imipira myiza kuri bagenzi be.
Umukino ugiye kurangira rutahizamu ufite ibitego byinshi muri iri rushanwa Saidi Bahanuz yanyeganyije amazamu ya Azam umukino urangira ari 2-0.
Hakurikiyeho imihango yo gutanga ibihembo aho abafana ba Yanga Africa bari bafite ibyishimo byinshi byo gutwara iki gikombe nkuko Haruna Niyonzima yari yarabibasezeranyije mbere y’irushanwa ati: iki gikombe kizataha Jangwani( agace gatuyemo abafana benshi ba Yanga).
Tubibutse ko ikipe ya mbere Yanga Africa yahawe igikombe n’amafaranga ibihumbi mirongo itatu by’amadorali, Azam yabaye iya kabiri ihabwa makumyabiri naho Vita Club ihabwa ibihumbi icumi.
Rutaganda Ponny. | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"scn_Latn"
] | allowed | 044a03b7f0c6f4e17919519ba576cf5a | keep | [] | [
6,
7.5,
10,
10,
10,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029043133-03695.warc.gz | 85,612,838 | 7,575 | 30,602 | http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1209031156 | text/html | 2012-10-29T04:33:13 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kik_Latn"
] | [
0.9848,
0.0152,
0
] | Ikipe y'u Rwanda ya Sitting Volleyball yatsinzwe imikino yose
Ikipe y’u Rwanda ya Sitting Volleyball kuri uyu wa mbere ni bwo urugendo rwayo mu mikino Paralempike iri kubera i London mu Bwongereza rwarangiye nyuma yo gutsindwa ku maseti atatu ku busa umukino wa kane ari na wo wa nyuma n’ikipe ya Bosnia mu itsinda B hakaba hasigaye umukino wo guhatanira imyanya.
Imikino ya Sitting Volleyball kuri uyu wa mbere yakomereje mu nyubako ya Exel. Mu mukino wahuje u Rwanda na Bosnia ukarangira rutsinzwe amaseti atatu ku busa.
Mu gice cya mbere byari 25 kuri 7 y’u Rwanda, icya kabiri byari 25 kuri 12 na ho iya gatatu byari 25 bya Bosnia ku munani y’u Rwanda.
Mu itsinda rya B ku mwanya wa mbere hari Iran, ikurikiwe na Bosnia, ku mwanya wa gatatu haza Ubushinwa, ku mwanya wa kane hari Brazil u Rwanda ruri ku mwanya wa gatanu nyuma yo gutsindwa imikino yose.
Abakinnyi bakiniye u Rwanda muri Sitting Volleyball ni cumi n’umwe ari bo: Bizimana Dominique, Rutikanga James, Tuyisenge Vincent, Rukundo Jean, Twagirayezu Callixte, Ngizwenimana Jean Bosco, Gahamanyi Jean Baptiste, Hagenimana, Ngirinshuti Eric na Vuningabo Emile ari nawe kapiteni w’ikipe y’igihugu.
Abatoza n’abakinnyi ba Sitting Volleyball batangaza ko impamvu u Rwanda rwatsinzwe ari uko rwahuye n’ibihugu bikirusha uburambe kandi bikomeye ku rwego rw’isi.
Gusa bavuga ko intego baje bafite ari ugutsinda n’ubwo batabigezeho no kwerekana ko mu Rwanda no muri Afurika yo munsi y’ubutayu bwa Sahara hari umukino wa Sitting Volleyball.
Muvunyi Hermas Abanyarwanda bahanze amaso azakina isiganwa rya metero magana ane kuri uyu wa kabiri saa tanu n’igice ari zo saa sita n’igice ku masaha yo mu Rwanda na ho Hakizimana Theogene uterura ibiremereye akine saa sita ku isaha y’i London ari zo saa saba zo mu Rwanda.
Mu mikino Paralempike igihugu gifite imidali myinshi ni Ubushinwa bufite 112, Ubwongereza bufite 63 na ho Uburusiya bukagira 49.
Inkuru dukesha Bakomere Pascal | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn"
] | allowed | e9d01cbfff1abd007010418cd1e08c4c | keep | [] | [
6.9,
8.3,
10,
10,
10,
10,
10,
3,
0
] |
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029043133-03695.warc.gz | 88,395,106 | 8,439 | 34,190 | http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1209040354 | text/html | 2012-10-29T04:33:25 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] | [
0.9986,
0.0015,
0
] | Christiano Ronaldo ashobora gusezera mu ikipe ya Real Madrid
Nyuma y’umukino wa shampiyona ikipe ya Real Madrid iheruka gukina igatsinda Granada 3-0 harimo ibitego bibiri bya Ronaldo, yatangaje ko atishimye kandi ko n’ubuyobozi bw’ikipe buzi impamvu.
Uyu musore ntago yigeze yishimira ibitego nk’uko bisanzwe ndetse nk’uko byagaragaye ku mashusho n’umutoza wa Real Madrid, Jose Mourinho nta byishimo yagaragaje ku bitego bya Ronaldo.
Ronaldo yirinze gutangaza ikibazo afite muri Real Madrid ariko ntibyabujije abantu batandukanye basesengura umupira w’amaguru gutangaza ibintu bishobora kuba byarateye ikibazo hagati ya Ronaldo na Real Madrid.
Benshi bemeza ko uyu musore yifuza kongererwa umushahara n’amasezerano y’imyaka itandatu yiyongera ku myaka itatu asigaje gukinira Real Madrid.
Bakomeza bavuga ko ubu aribwo buryo Ronaldo yanyuzemo kugirango ahwiture abayobozi ba Real dore yahereye mu kwezi kwa Mutarama uyu mwaka abisaba ariko bagakomeza kubyirengagiza.
Indi mpamvu itangwa ni ukuba uyu musore adahabwa agaciro akwiye muri iyi kipe aho bashyigikira abenegihugu nka Ramos na Casillas batumvikana na gato n’abakinnyi bavuga ururimi rwo muri Portugal nka Marcelo, Pepe, Ronaldo, Contrao n’abandi baguzwe na Mourinho.
Ibindi bintu bishobora kuba bitarashimishije Ronaldo ni uburyo Barcelone ishyigikira abakinnyi bayo bahatanira ibikombe by’umukinnyi witwaye neza nyamara we nta bufasha cyangwa kwihanganishwa n’ubuyobozi mu gihe atabonye ibi bihembo.
Iyi nkuru y’uko Ronaldo atishimye muri Real Madrid, amakipe nka Manchester United, Manchester City na Chelsea zayisamiye hejuru aho ziteguye guhita zihatanira kumugura.
Source: The sun
Rutaganda Ponny. | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"eng_Latn",
"scn_Latn"
] | allowed | 7d24a7c473f370bdc6408c4ccb55dc24 | keep | [] | [
7.1,
8.9,
10,
10,
10,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029043133-03695.warc.gz | 352,763,850 | 7,634 | 31,159 | http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1209061145 | text/html | 2012-10-29T04:49:11 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] | [
0.9819,
0.0181,
0
] | Umunyarwanda Muvunyi yongeye kwitwara neza mu mikino y'amajonjora
Muvunyi Hermas nyuma yo kubura umudali mu kwiruka metero magana ane mu mikino Paralempike ikinirwa i London mu Bwongereza kuri uyu wa kane yongeye guhatana mu biruka metero magana inani aho yaje ku mwanya wa kabiri akoresheje umunota umwe amasegonda mirongo itanu n’umunani n’ibice 18.
Muvunyi akiri inyuma y'uwa gatatu biruka metero magana inani.
Uyu mukinnyi (Muvunyi) Abanyarwanda bakunze guha amahirwe yo gutwara umudali kubera uburyo yitwaye mu mikino y’Afurika yabereye i Maputo, amahirwe ye ya nyuma ategerejwe mu ijoro ryo kuwa gatandatu mu cyiciro cy’abiruka metero magana inani.
Mu mikino y’amajonjora yabaye kuri uyu wa kane saa tanu mu biruka metero magana inani ku mwanya wa mbere haje Mohamed Fouzai wo muri Tunisia wakoresheje umunota umwe amasegonda 58 n’ibice umunani, Muvunyi Hermas w’imyaka 23 y’amavuko waserukiye u Rwanda mu kwiruka 800 m yabaye uwa kabiri akoresheje umunota umwe, amasegonda mirongo itanu n’umunani n’ibice cumi n’umunani (1min, 58sec, 18).
Ku mwanya wa gatatu haza Staney Cheruiyot w’imyaka 32 wo muri Kenya wakoresheje umunota umwe amasegonda 59 n’ibice 23. Mu bakinnyi 9 basoje isiganwa Umurundi witwa Nikobimeze Rémy yabaye uwa gatandatu akoresheje iminota ibiri n’ibice 21.
Muvunyi na Nsengimana Théoneste mu gihe cy'imyitozo
Ubwo Muvunyi Hermas yasiganwaga mu majonjora mu biruka metero 400 yabaye uwa mbere akoresheje amasegonda 49 n’ibice 75, mu mikino ya nyuma yabaye uwa gatanu akoresheje amasogonda 49 n’ibice 59.
Umuvunyi umunsi birukaga metero 400
Muvunyi kuva yatangira amarushanwa ntaragira icyo yongera gutangariza abanyamakuru kuko agitegereje umunsi wa nyuma bityo akabona kugira icyo avuga.
Mu yindi mikino, ikipe y’u Rwanda ya Sitting Volleyball kuri uyu wa gatanu saa munani izahura na Maroc mu rwego rwo guhatanira umwanya wa 9 n’uwa cumi, umukino ukazabera mu nyubako ya Excel ahabera amarushanwa atandukanye mu mikino Paralempike.
Inkuru dukesha Pascal Bakomere uri i London
Jean Paul IBAMBE | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"sag_Latn"
] | allowed | 1b910cbd827a32b1e9d1fe520446ff4d | keep | [] | [
5.6,
7,
10,
10,
10,
9.8,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029043133-03695.warc.gz | 361,056,786 | 10,487 | 43,034 | http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1209101208 | text/html | 2012-10-29T04:49:59 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"swh_Latn"
] | [
0.9968,
0.0032,
0
] | Wayne Ronney yatangaje ko Lionel Messi arusha Christiano Ronaldo
Mu gihe impaka zitagira uko zingana zikomeje kugibwa ku waba ari umuhanga kurusha undi hagati ya Messi na Ronaldo, Wayne Rooney rutahizamu wa Manchester United wigeze gukinana na Ronaldo, abinyujije kuri Facebook yemeje ko Messi ari we wa mbere ibihe byose.
Abakunzi b’umupira w’amaguru, abatoza n’abakinnyi bawo bavuga byinshi bitandukanye hagati y’ibihangange muri ruhago; Ronaldo na Messi. Bamwe bemeza ko Ronaldo ari uwa mbere ku isi abandi bakavuga ko Messi amurusha.
Hatitawe ku bihembo bitangwa by’abakinnyi bitwaye neza kuko akenshi hakurizwa uko ikipe akinira ihagaze cyangwa ibikombe yatwaye biragoye kwemeza ko umukinnyi urusha abandi ubuhanga hagati y’aba bagabo babiri.
Lionel Messi ukinira ikipe ya FC Barcelone ku macenga n’ibitego byiza ni umwe mu bakinnyi bagize uruhare runini mu bikombe byinshi bitandukanye iyi kipe imaze imyaka itwara.
Messi mu myaka umunani amaze muri FC Barcelone yayitsindiye ibitego 259 mu mikino 333 amaze kuyikinira.
Kurundi ruhande Christiano Ronaldo ku bitego byinshi, amacenga, umuvuduko n’imbaraga nyinshi akinisha yafashije Real Madrid kwigaranzura FC Barcelone ayihesha igikombe cya shampiyona umwaka ushize.
Ronaldo mu myaka itatu amaze muri Real Madrid amaze yayitsindiye ibitego 150 mu mikino 149 amaze gukina.
Bwa mbere mu mateka y’umupira w’amaguru nibwo hagaragaye abakinnyi babiri b’abahanga cyane kuburyo bigoye kwemeza uwa mbere. Aha akaba ari naho abantu bahera bemeza ko aba bagabo barusha ibindi bihangage byakanyujijeho nka Pele, Maradona n’abandi.
Ariko se mu byukuri ninde urusha undi hagati ya Messi na Ronaldo?
Rutaganda Ponny. | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"scn_Latn"
] | allowed | 2d1db66637c483900e27c221f10c5b3b | keep | [] | [
8,
10,
10,
10,
10,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029043133-03695.warc.gz | 362,217,282 | 7,290 | 29,774 | http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1209120343 | text/html | 2012-10-29T04:50:09 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] | [
0.9804,
0.0196,
0
] | Amajonjora y'igikombe cy'Isi 2014: Hakinwe imikino ya kabiri mu matsinda
Amajonjora yo gushaka tike y’igikombe cy’Isi kizabera muri Brezil muri 2014 yakomeje aho kuri uyu wa kabiri taliki ya 11 Nzeli 2012 ku migabane ya Aziya, Uburayi na Amerika hakinwe imikino ya kabiri mu matsinda.
Ku mugabane w’Uburayi nta gutungurana kwabayeho kuko amakipe akomeye yabonye intsinzi uretse Ubwongereza bwanganyije imbere y’abafana na Ukraine 1-1, umukino kapiteni wabo Steven Gerrard yabonyemo ikarita itukura.
Esipanye yakinaga umukino wayo wa mbere nyuma yo gutwara igikombe cy’Uburayi yatsinze Georgia biyigoye igitego 1-0 cyabonetse ku munota wa 86 gitsinzwe na Soldado.
Andi makipe akomeye nk’Ubutaliyani yatsinze Malta 2-0, Ubuholande butsinda Hungary 4-1, Ubudage butsinda Austria 2-1 mugihe Ubufaransa bwatsinze Bielarus 3-1.
Umukino ukomeye wahuje Croatia n’Ububiligi mu itsinda A urangira amakipe yombi anganya igitego 1-1.
Ku mugabane wa Amerika y’amajyepfo Mexic yatsinze Costa Rica 1-0 cyatsinzwe na Chicharito, Colombia ibifashijwemo na rutahizamu Radamel Falcao itsinda Chile 3-1 mugihe Argentine yanganyije na Peru 1-1, Uruguay ikanganya na Ecuador 1-1.
Rutaganda Ponny. | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"scn_Latn"
] | allowed | 43d84cb012efa8c21c9a9f642c17a10e | keep | [] | [
7.4,
10,
10,
9.8,
10,
9.4,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029043133-03695.warc.gz | 364,244,531 | 7,364 | 30,015 | http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1209080735 | text/html | 2012-10-29T04:50:16 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kik_Latn"
] | [
0.9976,
0.0024,
0
] | Ikipe y'igihugu ya Uganda iracakirana na Zambiya mu gushaka itike ya CAN
Kuri uyu wa gatandatu taliki ya 8 Nzeli ikipe y’igihugu ya Uganda (The Cranes) irakina n’igihugu cya Zambiya giherutse gutwara igikombe cya Afurika mu gushaka itike yo gukina imikino ya nyuma ya CAN izabera muri Afurika y’epfo. Uyu mukino urabera ku kibuga Levy Mwanawasa I Lusaka.
Igihugu cya Uganda nicyo cyonyine gisigaye muri aya majonjora mu bihugu bigize aka karere u Rwanda rurimo. Kikaba gifite akazi katoroshye imbere ya Zambiya ikinira ku kibuga cyayo n’imbere y’abafana bayo bakiri mu byishimo by’igikombe cya Afurika baheruka kwegukana.
Aya makipe yaherukaga guhura mu mwaka wa 1988 mu gushaka itike y’imikino Olempike yabereye Seoul muri Koreya y’amajyepfo. Umukino ubanza Uganda yatsinze 2-1 naho umukino wo kwishyura itsindwa ibitego 5-0 na Zambiya yari igizwe n’abakinnyi nka Bwalya.
Umutoza Bobby Williamson wa Uganda n’abasore be bakaba bafite intego yo gutsinda Zambiya bagahesha itike yo gukina imikino ya CAN bamaze imyaka igera kuri 30 badakandagiramo.
Nyamara ariko ikipe ya Uganda nta myiteguro ikanganye yakoze uretse umukino wa gicuti bakinnye na Botswana.
Ikipe ya Zambiya izwi ku izina rya Chipolopolo ikaba iza kwifashisha abakinnyi bayo bakina ku mugabane w’Ubulayi nka rutahizamu Mayuka ukinira Southmpton mu cyiciro cya mbere mu Bwongereza na Mbola ukinira FC Porto muri Portugal.
Rutaganda Ponny. | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"scn_Latn"
] | allowed | f0b791e59a1841f926417814dcd60f11 | keep | [] | [
8.2,
10,
10,
10,
10,
10,
10,
2,
0
] |
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029043133-03695.warc.gz | 365,015,163 | 7,470 | 30,366 | http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1209110257 | text/html | 2012-10-29T04:50:21 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] | [
0.9923,
0.0078,
0
] | US OPEN: Andy Murray yegukanye igikombe atsinze Djokovic amaseti 3-1
Irushanwa rya Tenisi ryaberega muri Amerika US OPEN, ryaraye risojwe mu ijoro ryo kuri uyu wa mbere taliki ya 10 Nzeli 2012. Umukino wa nyuma mu bagabo wahuje Andy Murray na Djokovic urangira Murray yegukanye iki gikombe ari nacyo gikombe gikomeye atwaye mu mateka ye.
Mu mukino utari woroshye kuko wamaze amasaha agera hafi kuri atanu, iseti ya mbere yatwawe na Andy Murray ku manota 7-6 nyuma yo guhangana gukomeye hagati y’aba bagabo.
Iseti ya kabiri nayo Murray yayegukanye ku manota 7-5 ndetse atangira kugira icyizere cyo gukora amateka, Gusa Djokovic nimero ya kabiri ku isi muri Tenisi ntiyamworoheye kuko yahise amutsinda iseti ya gatatu y’umukino ku manota 6-2.
Andy Murray yagarukanye imbaraga mu iseti ya kane nawe ayitsinda bitamugoye ku manota 6-2 bityo aba yegukanye igikombe gikomeye muri Tenisi mu mateka ye.
Tubibutse ko Andy Murray ukomoka mu gihugu cyegeranye n’Ubwongereza Ecosse ari nimero ya kane ku isi muri uyu mukino wa Tenisi ariko iki gikombe atwaye kikaba kigiye gutuma afata nimero ya gatatu.
Ibindi bihangage muri uyu mukino nka Roger Federer yavuyemo muri 1/2 mu gihe Rafael Nadal atabashije kuryitabira kubera ikibazo cy’imvune.
Rutaganda Ponny | [
"eng_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"scn_Latn"
] | allowed | a2729a71a2e3aeb7b8a9f5dd17ca3de0 | keep | [] | [
6.4,
8.1,
10,
10,
10,
9.9,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029043133-03695.warc.gz | 365,880,022 | 7,494 | 30,229 | http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1209080725 | text/html | 2012-10-29T04:50:24 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] | [
0.9899,
0.0101,
0
] | Amajonjora y'igikombe cy'Isi 2014 yatangiye, reba uko imikino yaraye igenze
Kuri uyu wagatanu taliki ya 7 Nzeli nibwo amajonjora y’igikombe cy’isi kizabera muri Brezil yatangiye ku migabane itandukanye aho ibihugu bigiye bigabanyije mu matsinda. Mu mikino yabaye ku mugabane w’Ubulayi no muri Amerika y’amajyepfo amakipe akomeye yatahanye amanota atatu.
Ikipe y’igihugu y’Ubwongereza iri mu itsinda H yanyagiye Moldova ibitego bitanu ku busa (5-0), bibiri byatsinzwe na Frank Lampard ibindi bitsindwa na Defoe, Baines na James Milner. Muri iri tsinda kandi Montenegro yanganyije na Poland 2-2.
Ubutaliyani bwakinishije abakinnyi bakiri bato bwatunguwe no kunganya na Bulgariya ibitego 2-2 mu itsinda B mugihe Armenia yatsinze Malta 1-0.
Mu itsinda C Ubudage bwatsinze ibirwa bya Feroe ibitego 3-0 byatsinzwe na Mario Gotze na bibiri bya Mezut Ozil.
Ubuholande bwatsinze turkiya bitaboroheye ibitego 2-0. Turkiya yarushije bigaragara Abaholande ariko igitego cyatsinzwe na Robin Van Persie mu minota ya mbere ntibabasha kucyishyura, mu minota ya nyuma Luciano yatsindiye Abaholande agashinguracumu.
Ikipe y’Ubufaransa yatsinze igitego 1-0 Finland mu itsinda I mugihe Portugal yatsinzeLuxemburg 2-1 harimo icya Ronaldo na Postiga.
Ku mugabane wa Amerika y’epfo naho amakipe akomeye yabonye intsinzi aho Argentine yatsinze Paraguay ibitego 3-1 harimo igitego cya Messi, Gonzalo Higuain na Di Maria.
Uretse imikino y’amajonjora habaye indi ya gicuti ku makipe nka Brezil yatsinze South Africa 1-0 na Esipanye yanyagiye Saudi Arabia 5-0 byatsinzwe na Cazorla, Villa, Pedro 2, na Xavi.
Rutaganda Ponny. | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"scn_Latn"
] | allowed | 37a1a1d57407ba4e2ef9d7a604bd1c11 | keep | [] | [
7.9,
10,
10,
9.9,
10,
9.8,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029043133-03695.warc.gz | 367,668,879 | 7,511 | 30,418 | http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1207130234 | text/html | 2012-10-29T04:50:34 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] | [
0.9906,
0.0094,
0
] | Ntagwabira Jean Marie mu biganiro n'ikipe ya Yanga Africa.
Jean Marie Ntagwabira uherutse kwegura mu minsi ishize k’ubutoza bw’Ikipe ya Rayons Sports, ubu ari mu gihugu cya Tanzania aho yagiye kuvugana n’ikipe ya Yanga kugira ngo abe yayibera umutoza wungirije.
Umuvugizi w’ikipe ya Yanga Africans, Salum Rupia yatangarije Izuba rirashe ko koko Jean Marie ari muri Tanzaniya kuva ku wa 10 Nyakanga 2012 aho yari yatumiwe n’abayobozi b’ikipe ya Yanga.
Salum ati « ubu dufite umutoza mukuru, Umubirigi witwa Tom Saintfiet kandi twamuzanye tumwizeye kuko asanzwe amenyereye aka kazi kandi yanatoje cyane muri Afurika kuko yatoje muri Zimbabwe, Ethiopia n’ahandi, icyo dushaka ni kubona uwamufasha ako kazi niyo mpamvu turi kuvugana na Ntagwabira nubwo kugeza ubu ntacyo turageraho. »
Salum akomeza avuga ko Ntagwabira aramutse yumvikanye n’ubuyobozi bwa Yanga kubabera umutoza wungirije yakomeza gukorana n’Umutanzaniya wari usanzwe ari umutoza wungirje witwa Felix Minziro.
Tubibutse ko Ntagwabira yatumije itangazamakuru ku wa 07 Nyakanga 2012 aribwira ko amaze gusezera mu ikipe ya Rayon sports nk’umutoza wayo nyuma y’umwaka n’igice ayitoza, byumvikana ko ubu nta kipe afite ari nayo mpamvu ashobora kwerekeza muri Yanga.
Rutaganda Ponny. | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"scn_Latn"
] | allowed | b7980f51d10dc76e95dfb986489dd58a | keep | [] | [
8.1,
10,
10,
10,
10,
10,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029043133-03695.warc.gz | 370,622,023 | 7,442 | 30,472 | http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1207130301 | text/html | 2012-10-29T04:50:47 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kik_Latn"
] | [
0.9952,
0.0048,
0
] | Amavubi y'abatarengeje imyaka 20 arerekeza muri Tanzaniya mu mikino ya gicuti.
Kuri uyu wagatanu taliki ya 13 Nyakanga 2012 nibwo ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 20 iribuhaguruke mu Rwanda yerekeza mu gihugu cya Tanzaniya gukina imikino 2 ya gicuti n’ikipe ya Tanzaniya nayo y’abatarengeje imyaka 20.
Aya makipe yombi afite urubanza rukomeye mu mpera z’uku kwezi kwa Nyakanga 2012. Amavubi U-20 arimo kwitegura umukino w’icyiciro cya 2 cy’amajonjora yo gushaka itike ya CAN U-20 aho azakira ikipe y’igihugu ya Mali naho Tanzaniya ikakira ikipe y’igihugu ya Nigeria.
Amavubi U-20 akaba agomba guhagurukana abakinnyi 20 aribo umutoza Tardy n’abamwungirije bazakinisha muri iyi mikino 2 bagiye gukina na Tanzaniya U-20. Umukino wa mbere ukaba uteganyijwe kuwa gatandatu taliki ya 14 Nyakanga 2012 naho umukino wa kabiri ukaba uzaba kuwa mbere taliki ya 16 Nyakanga 2012.
kuwa kabiri taliki ya 17 Nyakanga 2012 nibwo Amavubi U-20 azagaruka mu Rwanda kuhakomereza imyitozo.
umutoza Tardy yatangarije Imvaho Nshya ko bifuje gukina na Ghana izaba ije gukina na Uganda ndetse na Nigeria izaba ije gukina na Tanzaniya, imikino ikaba yabera hano mu Rwanda ku mataliki ya 21 na 23 Nyakanga 2012 habura icyumweru ngo umukino wa Mali ube, gusa akomeza avuga ko ntacyo barasubiza.
Amavubi aramutse abonye iyi mikino ya gicuti byaba ari byiza kuri aba bakinnyi bakiri bato kuko baba babashije kwipima uko bahagaze mbere yo gukina na Mali ikipe itoroshye na gato.
Uyu mukino w’Amavubi U-20 na Mali uzaba ku italiki ya 29 Nyakanga 2012, ukabera kuri Sitade ya Kigali Nyamirambo. Uyu ni umukino ubanza w’amajonjora yo gushaka itike ya CAN U-20, iki akaba ari icyiciro cya 2 nyuma yaho Amavubi asezereye Namibia ku bitego 4-1 mu mikino yombi mu kiciro cya mbere.
Source: Orinfor
Rutaganda Ponny. | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"fra_Latn",
"scn_Latn"
] | allowed | f7a4e6f85088c59b55ccba6b0aaaf5ca | keep | [] | [
7.6,
10,
10,
10,
10,
9.1,
10,
3,
0
] |
./WIDE-20121028152632-crawl417/WIDE-20121028155523-03612.warc.gz | 911,083,253 | 7,509 | 30,434 | http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1208311116 | text/html | 2012-10-28T16:40:14 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] | [
0.8669,
0.1331,
0
] | Ama-G The Black yashyize hanze amashusho y'indirimbo u Rwanda Rw'amafaranga yakoranye na KING JAMES
Umuraperi, Ama-G The Black yashyize ahagaragara amashusho y’indirimbo yakoranye na King James, muri iyi ndirimbo kandi hakaba hagaragaramo Producer Fazzo.
Iyi ndirimbo Ama-G akaba avuga ko yayanditse ashaka kugaragaza ko mu Rwanda hari amafaranga, tuganira akaba yagize ati: ”nayanditse nshaka kugaragaza ko inaha amafaranga ahari, ikibazo ni ukuyakorera kuko n’abanyamahanga baza kuyashaka mu Rwanda kandi bakayabona.”
Reba indirimbo u Rwanda rw'amafaranga hano:
Uretse amashusho y’iyi ndirimbo, uyu muraperi akaba yamaze gushyira hanze indi ndirimbo y’amajwi yise Uruhinja ayikorewe na producer T-Brown mu bisumizi arinayo label abarizwamo.
Muri iyi ndirimbo ye nshya yise uruhinja, Ama-G akaba avuga ko aba ari gucira mu mayange umwana uba akivuka amubwira ibintu azahura nabyo ku isi.
Naho amashusho y’indirimbo Kigali ngali arimo ikorwa na producer Fayzo n’ikariso y’icyuma irimo itunganywa na Bernard bikaba bigomba kuba byageze hanze mu minsi ya vuba.
ibi byose bikaba ari ibikorwa bitegura album ya mbere y’uyu musore agomba gushyira hanze mu mpera z’uyu mwaka nkuko abitangaza ngo ikazaba yitwa Ingabo y’amahina.
Selamni Nizeyimana. | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"ind_Latn"
] | allowed | 890effaf0f51a40350dced21e4fdeb58 | keep | [] | [
5.5,
6.8,
10,
9.9,
10,
10,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121028065407-crawl420/WIDE-20121028071634-04069.warc.gz | 221,479,298 | 10,887 | 40,817 | http://www.radio10.rw/?p=1097 | text/html | 2012-10-28T07:29:38 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] | [
0.9996,
0.0004,
0
] | Police FC iratangaza ko nta Kipe irabasaba Meddie Kagere
By Patrick Muneza - Wed Jan 11, 12:36 pm
Mukiganiro yagiranye na Radio 10 kuri uyu wagatatu Taliki ya 11Mutarama 2011,umuyobo wa Police FC Bwana Katarebe Alphonsi,yadutangarije ko amakipe yifuza uyu mukinnyi yaba Gor Mahia yo muri Kenya iri gutanga miliyoni 27 z’amanyarwanda na St. George yo muri Etiyopiya ntanimwe iregera ubuyobozi bwa polisi ngo imubasabe.
Tumubajije niba izi kipe ziramutse zegereye polisi bakemera no gutangaa ibisabwa bamutanda,Bwana Katarebe Alphonsi, yadutangarije ko batabuza amahirwe umukinnyi yo kujya gukina hanze.
Tubabwire ko umukinnyi Meddie Kagere rutahizamu wa Police yamenyekanye cyane kurwego mpuzamahanga mumikino ya CECAFA yaberega Tanzaniya ,ubwo yigaragaza mumikino itandukanye uRwanda rwakinnyie atsinda ibitego,mumakipe yandi yakiniye mu Rwanda harimo Mukura ,Etincelle na Kiyovu
Didace Niyifasha | [
"run_Latn",
"eng_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | bd425751e35fed3e070591be8f8440f5 | keep | [] | [
7.8,
9.7,
10,
10,
10,
9.8,
10,
2,
0
] |
./WIDE-20121028065407-crawl420/WIDE-20121028071634-04069.warc.gz | 871,081,183 | 10,722 | 40,514 | http://www.radio10.rw/?p=2993 | text/html | 2012-10-28T08:01:59 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] | [
0.9567,
0.0433,
0
] | Irushanwa PGGSS rigeze kumusozo
By Patrick Muneza - Thu Jul 26, 9:05 pm
Abahanzi Jay Polly na King James kuri uyu wagatanadatu haravamo umwe utsindira igihembo cyateguwe na Bralirwa mu marushanwa yiswe Primus Guma Guma Superstar.
Nyuma y’aho batangiye aya marushanwa bagera ku icumi ubu aba basore bombi nibo basigayemo bakaba bagomba kuva mo umwe uzegukana igihembo mubirori bizitabirwa n’igihangange muri muzika Jayson Deluro ukomoka muri Leta zunzubumwe za Amerika.
Iyi akaba ari inshuro ya kabili iri rushanwa rya PGGSS ritegurwa, umwka ushize rikaba ryaregukanwe n’umuhanzi Tom Close wanaje gukorana indirimbo n’umuhanzi Sean Kingston.
Abanyarwanda bakunda umuzika bakaba bategerezanyije amatsiko menshi kumenya uzegukana iki gihembo muri iri rushanwa riteguwe kunshuro ya Kabili.
Patrick Muneza | [
"run_Latn",
"zho_Hant",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | 3644afb57365a0e4625ce1e2d1e18bec | keep | [] | [
5.3,
6.6,
10,
10,
10,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121004110040-crawl335/WIDE-20121004110040-01340.warc.gz | 372,658,537 | 12,682 | 53,843 | http://ruhagoyacu.com/spip.php?article4887 | text/html | 2012-10-04T11:10:54 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] | [
0.9682,
0.0318,
0
] | Amasaha n’ay’ igicamunsi, izuba ubu rirarasira mu gihorihori twerekeje Nyabugogo gufata ijya I Nyanza gusa umwuka uhari ntusanzwe amahoni menshi aravugira rimwe amabendera y’ubururu n’umweru ku ma moto, ndabona n’amamodoka menshi atatse ayo mabara ari nako mu madirishya yoyo bavugirizamu uturingoti.
Ibyishimo ku maso bibarabonekera buri umwe, Imodoka nyinshi zigannye iy’amajyepfo, Vuvuzera ziraterera kuri Nyabarongo zikakirirwa I Musambira umurongo w’amamodoka ni muremure mu byukuri . Mu muhanda indirimbo zirasimburana ubutitsa zose kandi zigwisha kuri Rayon Sports.
Mu nzira abahinzi amapantalo bayahiniye mu mavi barakirisha ikipe bakunda amashyi menshi ku Kamonyi , abanyonzi amagare bayabitse abamotali bo barajyana n’ikipe ubanza uyu munsi abakenera ibyo binyabiziga bari bwifashishe ayo bahawe na Rurema, abanyeshuri ni benshi ku nzira ducamo ubanza batageze muri refectoire.
Abanyururu I Muhanga nabo bararungurukira mu madirishya ababarinze baramwenyura, ku ntenyo ababyeyi bazanye n’uwonka , imbere gato inkengero z’imihanda zuzuye ababukereye, insina ni zo zabigendeyemo gusa mu Ruhango ho ni ibindi bindi! Intero n’ inyikirizo ni imwe Rayon Sports irakaza neza I Nyanza.
Ni kuri uyu wa kabiri ubwo ikipe ya Rayon Sports yerekezaga i Nyanza ku mugaragaro iherekejwe n’abafana bayo aho yakiriwe n’itsinzi ry’abafana kuri Stade ya Nyanza.
Mu ijambo rye Hadji Yusuf Mudaheranwa mu izina ry’ Imena yatangaje ko nubundi niba hari uwababwiye ko Rayon Sports yari yarigeze iba i Kigali yababeshye kuko mu mategeko ntaho byanditse gusa ku mugaragaro ashyikiriza Mayor w’akarere ka Nyanza Rayon Sports nkuko yabyivugiye « Bose babireba ».
Rayon Sports yahawe akarere ka Nyanza, mu byukuri abakinnyi ku masura wabonaga babyishimiye n’ikimenyimenyi Cedrik Hamis kubera ibinezaneza yaraturitse ararira hanyuma kandi na Captain Makenzi ntiyabiduhishe mu kiganiro twagiranye. Abakinnyi barabyishimiye ariko se baraza kubigaragriza mu musaruro?
Ntarundi rwitwazo ubu ruhari, yaba Makenzi ndetse na Mayor Abdallah bose batubwiye ko ikibazo k’ibirarane muri Rayon Sports ubu ari amateka, amafaranga barayahawe, abafana barabakunze, nta kibazo cyo gusohorwa mu nzu.
Ubuzima bushya butandukanye n’ubwo mu mujyi, igitutu cyo gushaka igikombe cyane, ubuyobozi bushya… ese ibi biraza gufasha cyane Rayon Sports cyangwa biraza kuyongerera igihunga. Ese kuki umubare w’abafana twabonye ku munsi w’ejo utari waragaragaye ku mukino wa nyuma bakinnye na Mukura Vs mu gikombe cy’irushanwa Agaciro Development Fund? Ibyo byose ni ibibazo umuntu wese ukurikiranira uupira w’amaguru hafi yakwibaza.
Icyo abafana bakwiye kumenya cyo ni uko akazi ari bwo kagitangira, ikipe kujya i Nyanza ntibivuze guterera iyo, ngirango n’ibi Hadji yabigarutseho, uko gukomeza kuyiba inyuma mu byiza n’ibibi ni byo byatuma babona umusaruro bashaka, aatri kuvugira mu kirere.
Rayon Sports igiye i Nyanza yarahatwariye ibikombe bibiri bya shampiyona, ibindi bine ibitwarira I Kigali, Rayon Sports kandi I Nyanza yahatwariye ibindi 4 bya Trophee Habyarimana cyangwa se iya 5 Nyakanga iki ni cyo cyaje guhinduka igikombe cy’Amahoro cyangwa wenda k’igihugu.
Murenzi Cassim wakinnye muri Rayon Sports kera akanayikurikirana cyane yavuze ko kera nta kipe yapfaga kuyihangarira i Nyanza, ibi n’umuhungu we Murenzi Abdallah yabisubiyemo ku munsi w’ejo. Ahasigaye ni ugutegereza tukareba ibiri imbere shampiyona yo iratangira kuri uyu wa gatandatu.
Abari ku kibuga cya Nyanza kandi baje gususurutswa n’abahanzi nka Eric Senderi International kumwe na King James. Ubu tuvugana, Rayon Sports yatangiye imyitozo I Nyanza aho bitegura umukino wa shampiyona bazahakirira ikipe y’Amagaju FC ku wa gatandatu.
Gusa muri uru rugendo haje kubamo impanuka nyuma y’uko moto ebyiri zigongana abari baziriho bakaza gukomereka cyane ndetse ubwo twavaga I Nyanza, umwe muri bo akaba yari yitabye Imana | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn"
] | allowed | e3c61544b06bacf5e44549bcff19a557 | keep | [] | [
7.8,
8.7,
10,
10,
10,
10,
10,
8,
0
] |
./WIDE-20121004110040-crawl335/WIDE-20121004110040-01340.warc.gz | 605,080,153 | 11,227 | 49,960 | http://ruhagoyacu.com/spip.php?article4054 | text/html | 2012-10-04T11:18:07 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"swh_Latn"
] | [
0.9975,
0.0025,
0
] | Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu mupira w’amaguru mu Rwanda hakinwe imikino yo ku munsi wa nyuma.
Primus National Football League 2011-2012 irangiye ikipe ya APR FC ariyo yegukanye igikombe cya Shampiyona, kuko ikipe bari bahanganye ya Police FC yatsinzwe na Mukura VS igitego 1-0 igitego cyagiyemo mu gice cya mbere kinjijwe na Sebanani Emmanuel Crespo.
Police FC ikaba umukino isigaje izakina n’Isonga FC niyo yawutsinda ntiyageza amanota 52 ya APR FC. Umukino wari witabiriwe n’abafana benshi bamakipe atandukanye wabereye ku Kicukiro. Kuwa Kabiri tariki 15/05/2012
Kuwa Kabiri tariki 15/05/2012
APR FC (yarangije imikino yayo)
Espoir FC 0-1 NyanzaFC
AS Kigali 1-1 Isonga FC
Police FC 0-1 Mukura Vs
Etincelles FC 2-0 Marines FC
Amagaju FC 1-0 Kiyovu Sports
Rayon Sports 1-0 La Jeunesse
Kuwa gatanu tariki ya 18/05/2012
Isonga FC 0-3 Police FC | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"bjn_Latn",
"gla_Latn",
"zho_Hans",
"ast_Latn",
"run_Latn",
"fra_Latn",
"run_Latn",
"ltz_Latn"
] | allowed | ee6624386097dfe30db3b409113e99a9 | keep | [] | [
6.7,
10,
10,
10,
9.8,
8.5,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121004110040-crawl335/WIDE-20121004110040-01340.warc.gz | 616,826,682 | 12,138 | 51,671 | http://ruhagoyacu.com/spip.php?article4449 | text/html | 2012-10-04T11:18:36 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kik_Latn"
] | [
0.994,
0.006,
0
] | Nyuma y’uko shampiyona y’ikiciro cya mbere irangiye itwawe n’ikipe ya APR FC, amakipe menshi yagiye mu kiruhuko. Iki kiruhuko ariko ahanini cyabaye icy’abakinnyi kuko ku ruhande rw’abayobozi ari igihe cyo gusubiza amaso inyuma bakareba ibyo bagezeho ndetse no gutegura umwaka wa shampiyona itaha.
Ni muri urwo rwego twagerageje gusura amakipe atandukanye ngo turebe aho bageze iyi myiteguro haba mu kongera amaraso mashya mu ikipe ndetse n’intego baratangirana shampiyona ya 2012-2013.
Mu bikombe bya shampiyona aho ari ho hose birazwi ko amakipe atajyamo afite icyo ashaka kugeraho kimwe. Uzasanga hari ababa bashaka kuguma mu kiciro cya mbere, ababa bashaka kuza mu makipe ane ya mbere, aba bashaka kubona itike yo guhagararira igihugu cyangwa se ababa bashaka gutwara ibikombe.
Mu Rwanda, akenshi uzasanga amakipe ya APR FC, Rayon Sports, Police FC na Kiyovu Sports ariyo akunze gutangira umwaka wa shampiyona byibura ashaka gutwara igikombe bitewe n’imbaraga aba yashyizemo. Uyu mwaka ariko, amakipe nk’Amagaju FC, Mukura VS na La Jeunesse nayo intego yayo ni ukuzamura iki gikombe nkuko abayobozi bayo babidutangarije.
Reka duhere muri Mukura VS, iyi kipe ngo Akarere ka Huye karangije kongera amafaranga kayigeneraga, kuva kuri Miliyoni 48 kazigeza kuri 60 ibi byose kugirango irebe ko mu mubare w’ibindi bikombe yatwaye hajyamo n’iki cy’ agaciro mu bikinirwa imbere mu gihugu. Tuganira na Olivier Murindahabi, umunyabanga w’iyi kipe, ntiyadushishe iyi ntumbiri yabo. Yagize ati“Umwaka ushize twari twarihaye intego yo kuza mu makipe atandatu ya mbere twabigezeho, “uyu mwaka uje tukaba duteganya kubwira no gusaba inteko rusange dufite mu kwa munani, ko dushaka igikombe cya shampiyona”
Kugirango babigereho ngo bazongeramo abakinnyi nka bane cyangwa batanu baza gutiza imbaraga abo bari basanganywe. Aba barimo nka ba rutahizamu babiri, umukinnyi wo hagati(attacking midfielder) umwe ndetse n’abakina inyuma ku mpande(Full backs).
Indi kipe kandi nshya mu guhatanira igikombe cya shampiyona kiza, ni ikipe ya La Jeunesse. Iyi ubusanzwe iterwa inkunga na sosiyete icukura amabuye y’agaciro Euro Trade International, ngo isanga ifite ibishoboka ngo izamure nayo kino gikombe kifuzwa n’amakipe menshi ariko kigatahukanwa n’imwe.
Nkuko rero umunyamabanga w’iyi kipe Didace Rutabana yabidutangarije, ngo ntibishimiye uburyo bitwaye mu mwaka wa shampiyona ushize, bityo bakaba bagomba gukora byinshi birenze. Didace ariko, akaba abona imyitwarire itari myiza y’abakinnyi, iri mu byatumye babona umwanya barangijeho ubwo shampiyona yasozwaga. Ubu muri iyi kipe ngo ikigamijwe cyane ni ukureba uburyo yazashyirwa hamwe I Shyorongi kugirango ibashe kwitabwaho no gukurikirimwa bityo bakaba bahanganira n’abandi igikombe.
“Nyuma y’uko tuzanye umutoza mwiza, kubwacu kandi dufite ikipe nziza, nihaba gukurikirana neza abakinnyi dufite n’umutoza twafashe tumwizeye tubona ko akomeye natwe intego yacu ni ugutwara igikombe kuko birashoboka”. Didace Rutabana umunyamabanga mu ikipe ya La Jeunesse.
Amagaju FC kandi ni ikipe nayo iratangira umwaka wa shampiyona uza ishaka mbere na mbere gutwara igikombe. Iyi, irateganya gukoresha ingengo y’imari ya miliyoni 100(100.000.000frw) yo kugirango abafashe kugera kuri iyi ntego bihaye. Jean Pierre Nshimiyimana, niVice President w’iyi kipe akaba n’umunyamabanga nshingwabikorwa w’akarere ka Nyamagabe, yatubwiye icyo bategura gukora muri iyi shampiyona bivugwa ko izatangira mu kwa cyenda.
“Kuva twinjira muri shampiyona twashakaga kuyigumamo, murazi ko shampiyona yo mu Rwanda ikipe yinjiramo igahita imanuka,uwo muhigo twawugezeho, ubu noneho turashaka kujya mu makipe arwanira ibikombe”.
Kuva igikombe cya shampiyona cyatangirwa gukinirwa mu myaka y’1975, ikipe ya APR FC niyo imaze kugitwara kenshi, inshuro zigera kuri 13. Amakipe 6 yonyine kandi niyo amaze kugikozaho imitwe y’intoki. Ahasigaye reka dutegereze turebe amakipe azesa imihigo yahize. | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | 1f5b29a1c8d12daaafa0f79ea114fce9 | keep | [] | [
7.3,
8.2,
10,
10,
10,
10,
10,
7,
0
] |
./WIDE-20121004110040-crawl335/WIDE-20121004110040-01340.warc.gz | 809,093,920 | 10,993 | 49,748 | http://ruhagoyacu.com/spip.php?article4765 | text/html | 2012-10-04T11:23:48 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] | [
0.9969,
0.0031,
0
] | Kuri uyu wa kane tariki ya 30/08/12 nibwo tombora yuko amakipe azahura muri UEFA Champion League mu matsinda yaraye ikozwe.
Iyi tombora yagaragaje byinshi aho abakunzi ba ruhago bategereje kuzabona imikino myinshi myiza aho amatsinda uko yose ari 8 akomeye kandi aryoshye uretse itsinda rya 4 ariyo D ryagaragaye ko ari iry’urupfu nyuma yaho Manchester City yatwaye igikombe cy’Ubwongereza yagiye mu itsinda rimwe na Real Madrid ifite igikombe cya Spain na Dortmund yegukanye icy’Ubudage na Ajax yo mu Buholandi.
Ikipe ya Chelsea yegukanye iki gikombe ikaba yatombeye itsinda ririmo ikipe ya Juventus yegukanye igikombe cya shampiyona mu Butaliyani. Muri uyu muhango hanatowe n’umukinnyi witwaye neza muri iyi mikino aho umukinnyi Andres Iniesta yegukanye icyo gihembo imbere ya Messi na Ronaldo.
Uko amatsinda ahagaze
Itsinda A
Itsinda B
Itsinda C
Itsinda D
Itsinda E
Itsinda F
Itsinda G
Itsinda H | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kab_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn"
] | allowed | 7b48eb627479cf1e57f7b6891496a7ec | keep | [] | [
7.9,
10,
10,
9.6,
10,
10,
10,
2,
0
] |
./WIDE-20121004110040-crawl335/WIDE-20121004110040-01340.warc.gz | 855,300,015 | 11,468 | 51,465 | http://ruhagoyacu.com/spip.php?article4012 | text/html | 2012-10-04T11:26:13 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] | [
0.9985,
0.0015,
0
] | Kuwa gatandatu tariki ya 12/05/2012 nibwo hakinwe imikino yo kwishyura ya kimwe cya kabiri kirangiza mu cyiciro cya kabiri.
Amakipe yari yaramanutse ubushize niyo yongeye kuzamuka mu cyiciro cya mbere ayo ni Musanze FC yo mu majyarugu mu mujyi wa Musanze hamwe na AS Muhanga yo mu majyepfo.
Umukino wabereye kuri stade Mumena wahuzaga ikipe ya Esperance na Musanze,n’ubwo waranzwe n’ishyaka ryinshi ndetse no gusatira ku ruhande rwa Esperance aho yanabuze amahirwe yo gutsinda penaliti yabonye ku munota wa 24 ariko ntiyakwinjira , umukino urangira ari ubusa ku busa .
Ibi bituma ikipe ya Esperance yari yatsinzwe ibitego 2-0 ku kibuga cya Musanze isezererwa.
Ikipe ya AS Muhanga
Umuyobozi w’ikipe ya Musanze RUTAREMARA Emmanuel aganira na RuhagoYacu yavuze ko atangariza abanyarwanda n’abakunzi ba Musanze by’umwihariko ko iyi ntsinzi bayikesha gushyira hamwe abakinnyi bakabakurikirana ndetse no kwishyurirwa igihe.
Ati : ”Ntitwiteguye gusubira mu cyiciro cya kabiri nk’ubushize, tuzazana abakinnyi nibuze 4 bakomeye duhereye ku banyarwanda bo gufasha abasanzwe
Ku kibuga cya Ferwafa, ikipe ya Gasabo United ntago yabyitwayemo neza kuko yahatsindiwe n’ikipe ya AS Muhanga ibitego 3-0 mu mukino ubanza i Muhanga amakipe yose yari yanganyije igitego 1-1.
Musanze FC na AS Muhanga zihita zikatisha itike yo gusubira mu cyiciro cya mbere muri shampiyona itaha, nyuma yo kumara umwaka mu cyiciro cya kabiri, naho Esperance na Gasabo United inzozi zabo zo kuzamuka mu cyiciro cya mbere zirarangira. Ni ukwipanga umwaka utaha. | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"swh_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | e573a949b3be91a55b1bf0f93bcc69a8 | keep | [] | [
6.5,
7.9,
10,
10,
10,
10,
10,
2,
0
] |
./WIDE-20121004110040-crawl335/WIDE-20121004110040-01340.warc.gz | 869,245,310 | 11,130 | 49,220 | http://ruhagoyacu.com/spip.php?article4381 | text/html | 2012-10-04T11:26:57 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kik_Latn"
] | [
0.9935,
0.0065,
0
] | Kuri iki cyumweru tariki ya 01/07/2012 ruraba rwambikanye muri i Kiev muri Ukraine aho umukino wanyuma wa EURO 2012 utegerejwe na benshi ku isi. Uyu mukino uzahuza amakipe abiri yari mu itsinda rimwe Spain na Italy.
Ikipe ya Spain yageze ku mukino wanyuma nyuma yo gusezerera Portugal mu gihe Italy yo yasezereye Germany. Ibi bikaba byerekana ko aya makipe yakoze akazi gakomeye cyane ngo agere ku mukino wanyuma.
Abatoza Del Bosque na Cesare Prandelli ni abatoza bagize byinshi bahindura cyane muri iri rushanwa dore ko nubwo Spain igeze ku mukino wanyuma inengwa na benshi kuba nta rutahizamu uhamye ifite mu gihe Cesare Prandelli we ashimwa ku rwego amaze kugeza Italy.
Mario Balotelli wigaragaje ko ari rutahizamu ukomeye ubwo yasezereraga Germany ku bitego bibiri ariko Pirlo akaba ariwe wabaye umukinnyi witwaye neza muri uwo mukino yabukereye ngo arashaka gutsinda ibitego 4 imbere ya se nyuma yo gutsinda 2 imbere ya nyina.
Kurundi ruhande Del Bosque ngo bazatangiza abakinnyi 3 bataha izamu kugirango basatire bidasanzwe Italy izwiho kugarira izamu ryayo.
Spain imaze kugera ku mukino wanyuma wa Euro inshuro 4 arizo 1964, 1984, 2008 na 2012 aho yatsinzwe 1984 mu gihe kuri Italy imaze kugera ku mukino wanyuma inshuro 3 arizo 1968, 2000, 2012 itsinda rimwe gusa mu 1968.
Havuzwe byinshi kuri aya makipe abiri aho bamwe bemeza ko Spain ikina umukino urambiranye abandi bati Italy na Pirlo ntibasanzwe gusa impaka zizashirira mu kibuga aho iminota 90 nirangira ntagihindutse hazitabazwa indi 30 nayo byananirana hakitabazwa penaliti kugirango igikombe kibone nyiracyo.
Spain iramutse yegukanye iki gikombe Del Bosque yaba abaye umutoza wambere wanditse amateka yo kwegukana igikombe cya UEFA Champion League ari kumwe na Real Madrid akaza agatwara igikombe cy’isi ari kumwe na Spain na Euro.
Ese urabona ari nde uregukana iki gikombe ? | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | ab94f3002941fd4c3485869295860374 | keep | [] | [
6.7,
9.2,
10,
9.6,
10,
9.4,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121004110040-crawl335/WIDE-20121004110040-01340.warc.gz | 907,854,555 | 13,233 | 54,659 | http://ruhagoyacu.com/spip.php?article3628 | text/html | 2012-10-04T11:27:50 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] | [
0.9943,
0.0057,
0
] | N Madjaliwa
Iyo witegereje neza ibihe ikipe ya Chelsea irimo ntaho bitaniye nibyabaye ku mutoza Luiz Felipe Scolari.
Ibyo bihe bitari byiza nibyo arimo ahura nabyo umutoza Andre Villas-Boas aho ikipe ya Chelsea ikomeje kwitwara nabi mu mikino myinshi irimo ikina.
Nyuma y’imyaka itatu uwo munya Brezil yirukanywe Stamford Bridge, RuhagoYacu yagukusanyirije inkuru yerekana yuko umutoza Villas-Boas na Scolari ntaho bataniye, ukurikije uburyo Chelsea ihagaze ubu.
Ubwiza bw’ikipe basanze Kuva mu mwaka 2004 ikipe ya Chelsea yari ikomeye ifite abakinnyi bitwara neza twavuga nka Peter Cech mu izamu, John Terry mu mutima wa defanse, Frank Lampard hagati mu kibuga Didier Drogba nka rutahizamu wari utinyitse.
Ariko umutoza Scolari yasanze abakinnyi tumaze kubona haruguru, bari mu bihe byiza ikindi bakiri bato mu myaka,itanduknairo nuko umutoza AVB abasabze kuko nka Lampard na Drogba bamaze kugeza imyaka 34.
Scolari kandi yasanze ikipe iri mu bihe byiza, Ricardo Carvalho yari afitiye akamaro ikipe ya Chelsea afatanyije na John Terry inyuma hagati Micheal Ballack na Florent Malouda bakinaga neza cyane icyo gihe.
Nicolas Anelka nawe icyo gihe yarabicaga bigacika, chelsea yicyo gihe yari ifite abakinnyi bamenyeranye kandi bakinana ishyaka,Villas Boas usibye no kuba bamwe mu bakinnyi bamurusha imyaka benshi akaba angana nabo, yanasanze bamwe mu bakinnyi basizwe n’umutoza Carlo Ancellotti batari mu bihe byiza mu kibuga.
Rekodi za marushanwa Nyuma yo kutitwara neza kwa Chelsea muri premier league,Scolari yirukanywe nyuma y’imikino 25 nyuma yo kunganya 0-0 n’ikipe ya Hull City. Chelsea yari ku mwanya wa kane iri inyuma ho amanota 10 inyuma ya Manchester United.
Imikino ingana , Villas-Boas kugeza ubu ari inyuma ho amanota 15 inyuma ya Manchester City ,iri ku mwanya wa mbere, ndetse Chelsea itarizera nimba izaza mu makipe 4 ya mbere, performance mbi itarigeze igirwa n’umutoza uwo ariwe wese watoje ku buyobozi bwa Abramovich.
Scolari na AVB bose bamaze kwitwara kimwe muri Champions league group stage bagize amanota 11,ariko Scolari yirukanywe atarakina n’ikipe ya Juventus muri 1/16, aha ngaha AVB na Chelsea ye batsinzwe na Napoli 3-1.
Mu bikombe byo mu Bwongereza , Scolari yabashije guhita bitamukomereye muri FA Cup bitandukanye nuko AVB we azategereza umukino wo kwishyura nyuma yo kunganya na Birmingham. Scolari we yavanywemo muri Carling Cup n’ikipe ya Burnley mu gihe Villas-Boas yavanywemo na Liverpool muri 1/4 kirangiza.
Abakinnyi baguze mu bihe byabo Villas-Boas ntashobora kwitwaza yuko atagiye ku isoko ngo agure abakinnyi kuko yahawe miliyoni 80 zama paundi, ariko kugeza ubu umukinnyi yaba yaraguze urimo ukora neza ni Juan Mata waguzwe miliyoni 29 zama paundi.
Gary Cahil bizamusaba igihe ngo amenyere umukino w’ikipe, naho Orial Romeu nawe ntago arafatisha . Lomelu Lukaku waguzwe miliyoni 18 zama paundi, biri kure cyane ngo azabashe kujya mu ikipe ibanza mu kibuga, naho Raul Meireles we agerageza gukina neza kuva yava muri Liverpool.
AVB yageze mu ikipe yari itangiye gusaza nawe mu mafaranga yahawe yo kugura abakinnyi yayakoresheje ku bakinnyi batari tayari guhita bagira icyo bageza ku ikipe. Abakinnyi bafite experience mu ikipe nka Alex na Anelka yahise abagurisha mu kwezi kwa mbere bitari ngombwa cyane.
Scolari ntago yahubukaga, ariko yaje gukora ikosa ubwo yatangiraga kugura abakinnyi b’inshuti ze yigeze gutoza mu ikipe y’igihugu ya Portugal, , Jose Bosingwa na Deco bo bafashije ikipe mu gihe gito, akora ikosa rikomeye agura umukinnyi Ricardo Quaresma maze umupira uramunanira.
Scolari yagurishije abakinnyi nka Wayne Bridge, Shaun Wright Phillips, Tal Ben Haim,Khalid Boulahrouz, Steve Sidwell na Hernan Crespo. Aba bakinnyi bose ntacyo batwaye Chelsea uretse ko ahubwo yafashije umuherwe Abramovich kugabanya imishahara yabatangwagaho kandi bamwe ntacyo batangaga mu kibuga.
Uburyo abafana babonaga Bari biteze byinshi kuri Scolari wari umaze gukuramo England mu marushanwa mpuzamahanga inshuro 3, icyo gihe yatozaga Brazil na Portugal, muri iyo mikino kandi yerekanaga umukino mwiza.
Ariko ibyago yagize ntago yabigezeho atoza ikipe ya Chelsea nyuma yo kugenda kwa Jose Mourinho, Scolari abakinnyi ba Chelsea bakinnye neza igihe gito ahasigaye birabananira.
Gutsindwa igitego 1-0 na Liverpool ku kibuga cya Stamford Bridge mu kwezi kwa 10 mu mwaka 2008 byavanyeho agahigo ko gukina imikino 86 bataratsindirwa ku kibuga cyo mu rugo, nyuma y’u kwezi kumwe ikipe ya Arsenal ibatsinda ibitego 2-1 i Stamford Bridge.
Kuva icyo gihe Chelsea na Scolari batangira gukora nabi, abafana batangira kwiheba, no kwanga umutoza nyuma y’amezi 4 ikipe ya Chelsea ikina n’ikipe ya Hull City abafana bazomera umutoza ndetse bamwe bafite ibyapa byanditseho ngo “Scolari genda” icyo abafana babonye nibyo bifuzaga kuko Chelsea yaratsinzwe.
Nubwo yari umwana ariko wiwabo yafashaga Jose Mourinho mu gihe yatozaga Chelsea, ubushobozi bwe bwo gutoza, no kuba ari muto agatoza ikipe nkuru nka Chelsea nibyo arimo azira AVB.
Mu byukuri Chelsea iri mu bihe bibi,bamwe mu bafana babuze amahwemo kubera uburyo ikipe yabo yitwara mu kibuga, nubwo hari abavuga yuko uwo mutoza yahabwa igihe gihagije, ariko hari nababona yuko yagenda, nubwo we nta byapa bigaragaza yuko abafana batamushaka biragaragara ku kibuga nko kubwa Scolari.
Uburyo abakinnyi babona abatoza Mu gihe cya Scolari ubwo abakinnyi batangiraga utunama nibwo ibintu byarushijeho kuba bibi, icyo gihe Didier Drogba hari ibyo yatangaje nyuma y’igihe gito Scolari arirukanwa, ariko ntago bivuze yuko ariwe waciyemo abakinnyi ibice, kuko na Kapiteni JohnTerry ntago yumvikanaga na Scolari.
AVB naweyaje na guhunda ye ya “my way or highway” ariko byaje kugaragara yuko byanze kuba byiza . Mbere yuko Alex na Anelka bagenda bigeze guhagarikwa u kwezi kose batagera aho ikipe ya mbere iba iri, icyo gihe nibwo mu bakinnyi morali ycitse.
Abakinnyi bakuze mu ikipe nka Lampard na Cole hamwe na Essien batangiye gupinga uko batozwa na AVB hiyongereyeho inama yakoreshejwe na Drogba imbere ya camera za TV mu gice cya mbere cy’umukino wabahuje na Birmingham bikomeje kuvugwaho byinshi ko AVB yaba ari mu bihe bya nyuma i @Stamford Bridge. | [
"swh_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | ca78bb5577f736bdb7e60baff45b31d9 | keep | [] | [
9,
10,
10,
10,
10,
10,
10,
10,
0
] |
./WIDE-20121004110040-crawl335/WIDE-20121004110040-01340.warc.gz | 946,433,969 | 12,813 | 54,453 | http://ruhagoyacu.com/spip.php?article3796 | text/html | 2012-10-04T11:28:43 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] | [
0.9963,
0.0038,
0
] | N Madjaliwa
Ubu umupira w’amaguru ugeze aho uyoborwa n’amafaranga menshi, amakipe gutegura abakinnyi bakiri bato byatangiye kugabanyuka, kubera amakipe aba ashaka intsinzi yihutirwa, ariko hari abakinnyi babiri bahereye mu gutegurwa bakiri bato ndetse banagera kuri byinshi bakwiye kwigirwaho.
Paolo Maldini na Ryan Giggs ni abagabo babiri amazina yabo adateze kuzibagirana mu makipe bakinnyemo kuva bakiri bato kugeza bakuze, AC Milan na Manchester United.
Giggs yamaze gukuraho rekodi ya Maldini yo gukina imikino myinshi mu ikipe ku mugabane w’Uburayi , yakinnye umukino wa 903 w’ikipe ya Manchester United mu gihe cy’imyaka 21ari kumwe n’ikipe ya Red Devils uko bigaragara ntago arageza igihe cyo guhagarika gukina, kuko afite gahunda yo gukina imikino 1000 afasha Manchester United.
Ubwo abakinnyi b’iki gihe bahora bahinduranya amakipe, Maldini na Giggs bakoze amateka kuguma hamwe, ndetse biragoye cyane ku bakinnyi barimo babyiruka ubungubu.
RuhagoYacu yabakusanyirije ibyo abo bakinnyi bagiye bageraho mu bihe bitandukanye.
RYAN GIGGS
Amaze gukina imikino: 903
Honours: 33
Yatangiye gukina mu mwaka 1991-kugeza nubu akitwara neza mu kibuga,
Amaze kwinjiza ibitego: 163
Ibihembo yegukanye
PFA Players’ Player of the Year 2008-09
BBC Sports Personality of the Year 2009
OBE for services to football - 2007
Giggs afatwa nk’umukinnyi wakinnye ndetse akanatsinda ibitego muri buri sezo ya shampiyona mu Bwongereza. Amaze kugira rekodi yo gukina imikino myinshi muri Premier League.
Ibyagiye bitangazwa n’abantu batandukanye bavuga kuri GIGGS "Giggs ni umukinnyi wo ku rwego rwo hejuru ku isi " - Zinedine Zidane
"Narize inshuro ebyiri kubera kureba uburyo akina, umukinnyi wa mbere kujye yari RobertoBaggio uwa kabiri ni Ryan Giggs." - Alessandro Del Piero
"Eric Cantona yari umukinnyi w’umuhanga, ariko ntago ari nka Giggs." - Johann Cruyff
Ni amakipe make ku isi yabashije kugira ibihe byiza muri shampiyona iwayo ndetse no ku mugabane w’Uburayi, nkuko Manchester United yabigezeho mu gihe cy’imyaka 20 ishize, begukanye ibikombe bya shampiyona ibikombe bibiri bya Uefa Champions League begukanye kandi ibikombe bya FA na Carling Cup.
Umutoza Sir Alex Ferguson byamutwaye igihe kugirango ahindure iyo kipe ya Man United ibashe kwegukana ibikombe, icyo gihe Giggs yari ahari ubwo Fergie yatangiraga impinduka hariya Old Trafford. Ryan Giggs yakinnye umukino we wa mbere afite imyaka 17 y’amavuko hari mu kwezi kwa gatatu mu mwaka 1991, Man United bahise begukana igikombe cya Shampiyona yakurikiyeho.
Giggs buri shampiyona atsinda ibitego kuva yatangira gukina mu mwaka 1991.Giggs yinjije igitego ke cya mbere ubwo bakinaga n’ikipe ya Manchester City hari mu kwezi kwa gatanu mu 1991, igitego kiza yagitsinze muri sezo yo mu mwaka 1998-99 muri kimwe cya kabiri kirangiza mu gikombe cya FA bakina n’ikipe ya Arsenal icyo gitego kirakibukwa kuko ari kimwe mu bitego byiza byatsinzwe muri FA Cup, yacenze hafi abakinnyi bose ba Arsenal ajya gutsinda umuzamu David Seaman arangije akuramo umupira yari yambaye.
Nubwo Giggs afatwa nk’umukinnyi wagize ibihe byiza muri Man United kandi ni umwe mu bakinnyi bavanyeho ibyo Liverpool yari yaragezeho yegukana ibikombe byinshi bya Shampiyona iza gukurwaho na Manchester United imaze kwegukana ibikombe 19.
PAOLO MALDINI
Yakinnye imikino: 902
Honours: 26
Yakinnye hagati y’umwaka : 1985-2009
yinjije ibitego: 33
Ibihembo yegukanye
Champions League Best Defender 2007
Uefa Team of the Year 2003 & 2005 Ballon d’Or Bronze Award 1994 & 2003
Malidini yakinnye imikino myinshi ya Uefa Champions League - 168.
Yakinnye kandi imikino 23 mu gikombe cy’isi akinira Ubutaliyani. Ibyo abantu bavuga kuri MALDINI
"Zidane yari umuhanga cyane ariko Paolo Maldini niwe nakundaga cyane ." - Sir Alex Ferguson
"Ni umwe mu bakinnyi babahanga nigeze kubona ku isi " - Marcello Lippi
Izina ’Maldini’ ntago ryari rizwi cyane ubwo yari afite imyaka 16 y’amavuko, Paolo Malidini akina umukino we wa mbere akinira AC Milan mu mwaka 1985. The youngster yari umwana wa Cesare Maldini, nawe wari umukinnyi w’ikipe ya AC Milan mu myaka 1950s ni 1960s, mbere yuko aba umutoza wiyo kipe mu myaka 1970, Paolo Maldini yakuriye muri AC Milan.
Nkuko na Giggs yakuriye muri Man United, ntago byamutwaye igihe kirekire Maldini ahita atangira gukinira iyo kipe ya AC Milan akiri muto, igihe cy’imyaka 25 akina, Maldini yegukanye ibikombe 7 bya shampiyona y’Ubutaliyani, igikombe cya ,mbere yacyegukanye muri sezo yo mu 1987-89 , ariko igikombe cyo muri sezo yo mu 1991-92 nicyo cyo kwibukwa cyane, kuko bagitwaye badatakaje n’umukino numwe,urukuta rw’inyuma rwari rugizwe na Maldini, Franco Baresi, Mauro Tassotti na Alessandro Costacurta bageze kuri byinshi icyo gihe.
Ibikombe 7 bya shampiyona mu gihe cy’imyaka 25 hari ababona ko ari bike, ariko ni bake cyane babigeraho, iyo haje Uefa Champions League Maldini yegukanye ibikombe 5 mu myaka 1988, 1989, 1994, 2003 ni 2007.
Umukinnyi wa Real Madrid Francisco Gento we yegukanye ibikombe 6 bya Uefa Champions League, mu myaka 1950s ni 1960s, uwo niwe wenyine urusha Paolo Maldini bombi bakaba bafite agahigo ko gukina imikino ya nyuma inshuro 8 nta bandi bakinnyi bari babigeraho mu mateka ya Uefa Champions League.
****Ibaze ni abakinnyi bangahe bazabasha kugeza aho Giggs na Maldini bageze aho bakinnye imikino 900 kandi bakigaragaza ubuhanga****** | [
"swh_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"ind_Latn",
"run_Latn",
"eng_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"eng_Latn",
"eng_Latn",
"eng_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"srd_Latn",
"run_Latn",
"eng_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"fao_Latn",
"eng_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn"
] | allowed | 17c689886742410fe16a21d195a33b8a | keep | [] | [
7.7,
9.2,
10,
10,
10,
9.4,
10,
8,
0
] |
./WIDE-20121115235826-crawl419/WIDE-20121116002854-06051.warc.gz | 328,690,323 | 9,504 | 42,340 | http://www.igihe.com///imikino/football/?debut_gh_news=72 | text/html | 2012-11-16T01:14:05 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] | [
0.998,
0.0021,
0
] | Mu mukino wa kabiri wa Shampiyona AS Kigali yatsinze Rayon Sports ibitego 3-1 kuri uyu wa 26 Nzeri 2012 kuri Sitade ya Kigali i Nyamirambo.
Ibi...
Ikipe y’Igihugu y’umupira w’amaguru Amavubi iritegura gukina umukino wa kicuti n’Ikipe y’Igihugu y’umupira w’amaguru ya Namibia kuri uyu wa 13...
Umukinnyi myugariro akaba na Kapiteni w’ikipe y’umupira w’amaguru mu cyiciro cya mbere mu Bwongereza ya Manchester United, Nemanja Vidic yabaye...
Ikipe y’igihugu Amavubi izakina na Namibia mu mikino mpuzamahanga ya gicuti izaba mu kwezi kwa cumi n’ukwa cumi na kumwe uyu mwaka.
Nkuko umutoza...
Umukinnyi wabigize umwuga w’umupira w’amaguru wa Chelsea n’ikipe y’igihugu y’u Bwongereza John Terry yatangaje ku mugaragaro kuri iki Cyumweru kuwa 23...
Muri shampiyona y’icyiciro cya mbere mu mupira w’amaguru mu Bwongereza ikipe ya Manchester United yatsindiye i Anfield Liverpool ibitego 2-1 ku...
Ikipi y’umupira w’amaguru y’abasheshe akanguhe, Gorilla FC ibarizwa mu murenge wa Kanombe kuri iki cyumweru yateguye umukino w’ubusabane hagati...
Ku munsi wa mbere wa shampiyona y’umupira w’amaguru mu cyiciro cya mbere APR FC yatsinze Marine FC 2-0 mu mukino wa mbere wabereye kuri sitade ya...
Umutoza Seninga Innocent yagizwe umutoza wungirije w’Isonga FC aho agiye gufatanya na Mashami Vincent wari usanzwe ari umutoza w’Isonga FC...
Shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda mu cyiciro cya mbere, iratangira mu mpera z’iki Cyumweru, itangirane n’umubare w’amakipe 14.
Nk’uko urubuga...
Ubwo mu Rwanda hari hamenyerewe umupira w’amaguru ukinirwa ku bibuga bisanzwe ari binini, uretse iyo abakinnyi bari mu myitozo, bakaba ikibuga...
Mu irushanwa ry’amakipe yabaye ayambere iwayo ku mugabane y’u Burayi, Chelsea yaraye inganyije 2-2 na Juventus de Turin ku kibuga cyayo, Stamford...
Ubwo CECAFA 2012 igomba kubera mu gihugu cya Uganda guhera tariki ya 24 Ugushyingo kugeza ku ya 8 Ukuboza 2012, amakipe y’ibiguhu azitabira iryo...
Umutoza wa Chelsea mu Bwongereza, Roberto Di Matteo, aratangaza ko Chelsea bahangayikishijwe n’imvune umukinnyi wabo John Terry yagiriye mu mukino...
Mu mukino wa gicuti wo kwishyura hagati y’amakipi y’u Rwanda na Namibia wabereye kuri Stade Amahoro ku wa 14 Ugushyingo 2012, warangiye amakipi...
Kuri iki cyumweru tariki ya 11 Ugushyingo, i Remera habereye umukino w’umupira w’amaguru wa gicuti wahuje ikipi ya Mulindi FC na" LES VIEUX LIONS...
Ubwo CECAFA 2012 igomba kubera mu gihugu cya Uganda guhera tariki ya 24 Ugushyingo kugeza ku ya 8 Ukuboza 2012, amakipe y’ibiguhu azitabira iryo...
Umutoza wa Chelsea mu Bwongereza, Roberto Di Matteo, aratangaza ko Chelsea bahangayikishijwe n’imvune umukinnyi wabo John Terry yagiriye mu mukino...
Kuri iki cyumweru tariki ya 11 Ugushyingo, i Remera habereye umukino w’umupira w’amaguru wa gicuti wahuje ikipi ya Mulindi FC na" LES VIEUX LIONS... | [
"run_Latn",
"yor_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | 307afea422cb9c07859404a34afd304e | keep | [] | [
5.5,
9.5,
10,
9.1,
8.9,
9.8,
8.4,
0,
0
] |
./WIDE-20121115235826-crawl419/WIDE-20121116002854-06051.warc.gz | 329,510,666 | 9,507 | 41,862 | http://www.igihe.com///imikino/football/?debut_gh_news=24 | text/html | 2012-11-16T01:14:15 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] | [
0.9987,
0.0013,
0
] | Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) n’uruganda rwega ibinyobwa (BRALIRWA), basinyanye amasezerano mashya yo gutera inkunga...
Ikipe y’Ingabo z’u Rwanda y’umupira w’amaguru mu cyiciro cya mbere irakina umukino wa gicuti na n’ikipe ya Simba, ikipe y’ingabo za Uganda (UPDF) ku...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Afurika (CAF) ryashyize ahagaragara amatsinda amakipe azakiniramo mu irushanwa ry’ibihugu bya afurika (CAN...
Amakipe abafana ba ruhago baba bategereje ari benshi mu Rwanda, nta n’imwe yabashije kubashimisha ngo itahane amanota atatu yo ku munsi wa...
Mu irushanwa ry’igikombe cy’amakipe yabaye aya mbere iwayo ku mugabane w’u Burayi (UEFA Champions league ) amakipe akomeye i arimo guhura n’uruva...
Umukinnyi ukinira ikipe ya Manchester United Rio Ferdinand, ngo iyi kipe yemeye kongera kumusinyisha amasezerano y’umwaka umwe muri iyi kipe....
Umukinnyi ukina hagati mu ikipe ya Chelsea mu Bwongereza umaze kuyitsindira ibitego bigera kuri 6 mu mikino 5 amaze gukina kuva shampiyona...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryagejeje ikirego mu Ishyiramwe ry’umupira w’amaguru muri Afurika(CAF), rirega Botswana ko...
Ku munsi wa Gatanu wa shampiyona y’Igihugu mu mupira w’amaguru, Rayon Sports yatsinze Polisi FC ibitego 2 ku busa mu mukino wabereye kuri Stade...
Mu irushanwa ry’amakipe yabaye ayambere iwayo ku mugabane w’Afurika(Champions league), ikipe y’umupira w’amaguru TP Mazembe yasezerewe na Espérance...
Mu irushanwa ryo guhatanira itike yo kuzakina imikino ya nyuma y’igikombe cya Afurika 2013 mu batarengeje imyaka 17, ikipe y’Igihugu cya Botswana...
Umukino ikipe y’Isonga yagombaga gukina ku munsi wa gatanu wa shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda wasubitswe.
Impamvu yabiteye ni uko Isonga...
Ubwo CECAFA 2012 igomba kubera mu gihugu cya Uganda guhera tariki ya 24 Ugushyingo kugeza ku ya 8 Ukuboza 2012, amakipe y’ibiguhu azitabira iryo...
Umutoza wa Chelsea mu Bwongereza, Roberto Di Matteo, aratangaza ko Chelsea bahangayikishijwe n’imvune umukinnyi wabo John Terry yagiriye mu mukino...
Mu mukino wa gicuti wo kwishyura hagati y’amakipi y’u Rwanda na Namibia wabereye kuri Stade Amahoro ku wa 14 Ugushyingo 2012, warangiye amakipi...
Kuri iki cyumweru tariki ya 11 Ugushyingo, i Remera habereye umukino w’umupira w’amaguru wa gicuti wahuje ikipi ya Mulindi FC na" LES VIEUX LIONS...
Ubwo CECAFA 2012 igomba kubera mu gihugu cya Uganda guhera tariki ya 24 Ugushyingo kugeza ku ya 8 Ukuboza 2012, amakipe y’ibiguhu azitabira iryo...
Umutoza wa Chelsea mu Bwongereza, Roberto Di Matteo, aratangaza ko Chelsea bahangayikishijwe n’imvune umukinnyi wabo John Terry yagiriye mu mukino...
Kuri iki cyumweru tariki ya 11 Ugushyingo, i Remera habereye umukino w’umupira w’amaguru wa gicuti wahuje ikipi ya Mulindi FC na" LES VIEUX LIONS... | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | 96bff5882bdc77a460c1521c5877cd08 | keep | [] | [
5.5,
9.4,
10,
8.9,
9.2,
9.9,
8.5,
0,
0
] |
./WIDE-20121115235826-crawl419/WIDE-20121116002854-06051.warc.gz | 331,555,499 | 9,655 | 42,064 | http://www.igihe.com///imikino/football/?debut_gh_news=48 | text/html | 2012-11-16T01:14:36 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] | [
0.9958,
0.0042,
0
] | Umukinnyi w’ikipe ya Manchester United agakinira n’ikipe y’igihugu cy’u Bwongereza, mu mukino u Bwongereza bukina kuri uyu wa gatanu n’ikipe ya San...
Ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru, Amavubi, irakina umukino wa gicuti n’ikipe y’igihugu ya Namibiya i Windhoch ku tariki ya 13 Ukwakira 2012, mu...
Mu rwego rwo guhatanira itike yo kuzakina imikino ya nyuma y’igikombe cy’Afurika mu bakinnyi batarengeje imyaka 17 iteganyijwe umwaka utaha,...
Perezida wa AC Millan, Silvio Berlusconi, ari mu ruziduko muri Amerika aho yagiye kubobonana n’uwari umutoza wa FC Barcelone, Pep Guardiola, ngo...
Umukino uzahuza Kenya n’u Burundi wo mu rwego rw’irushanwa ry’umupira w’amaguru ry’ibihugu by’Afurika ryitabirwa n’abakinnyi bakina imbere mu gihugu...
Rayon Sports, ikipeye y’umupira w’amaguru mu cyiciro cya mbere mu Rwanda kuva yasubira ku ivuko mu Karere ka Nyanza tariki ya 18 Nzeri 2012,...
Mu irushanwa ryo guhatanira igikombe cy’amakipe yabaye ayambere iwayo ku mugabane w’Afurika(Champions league), TP Mazembe yo muri Congo yanganyije...
Nyuma y’umukino wa shampiyona yo muri Esipanye, Real Madrid yaguyemo miswi na FC Barcelone ku bitego 2-2 ku wa 7 Ukwakira 2012, Umutoza wa Real...
Nyuma y’aho uwahoze ari umutoza wa Rayon sport, Jean Marie Ntagwabira ahagaritswe n’ yemeza ko Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda...
Mu gihe hateganyijwe umukino wa shampiyona hagati y’ikipe ya Newcastle na Manchester United kuri iki cyumweru, umutoza wa Newcastle Harper Steve...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Bwongereza FA, ryafashe icyemezo cyo kujyana umukunnyi wa Chelsea Ashley Cole mu butabera, nyuma yo guhakana...
Mu muhango uteganyijwe kubera Accra muri Ghana ku itariki 20 Ukuboza, hatangazwa abakinnyi mu ngeri zitandukanye bitwaye neza muri Ruhago...
Ubwo CECAFA 2012 igomba kubera mu gihugu cya Uganda guhera tariki ya 24 Ugushyingo kugeza ku ya 8 Ukuboza 2012, amakipe y’ibiguhu azitabira iryo...
Umutoza wa Chelsea mu Bwongereza, Roberto Di Matteo, aratangaza ko Chelsea bahangayikishijwe n’imvune umukinnyi wabo John Terry yagiriye mu mukino...
Mu mukino wa gicuti wo kwishyura hagati y’amakipi y’u Rwanda na Namibia wabereye kuri Stade Amahoro ku wa 14 Ugushyingo 2012, warangiye amakipi...
Kuri iki cyumweru tariki ya 11 Ugushyingo, i Remera habereye umukino w’umupira w’amaguru wa gicuti wahuje ikipi ya Mulindi FC na" LES VIEUX LIONS...
Ubwo CECAFA 2012 igomba kubera mu gihugu cya Uganda guhera tariki ya 24 Ugushyingo kugeza ku ya 8 Ukuboza 2012, amakipe y’ibiguhu azitabira iryo...
Umutoza wa Chelsea mu Bwongereza, Roberto Di Matteo, aratangaza ko Chelsea bahangayikishijwe n’imvune umukinnyi wabo John Terry yagiriye mu mukino...
Kuri iki cyumweru tariki ya 11 Ugushyingo, i Remera habereye umukino w’umupira w’amaguru wa gicuti wahuje ikipi ya Mulindi FC na" LES VIEUX LIONS... | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | 4552f8f6f2114ac1e3483eb8c1e26b18 | keep | [] | [
5.5,
9.5,
10,
9,
9.2,
9.7,
8.4,
0,
0
] |
./WIDE-20121115235826-crawl419/WIDE-20121116002854-06051.warc.gz | 340,395,079 | 9,723 | 42,759 | http://www.igihe.com///imikino/football/?debut_gh_news=84 | text/html | 2012-11-16T01:16:13 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] | [
0.989,
0.011,
0
] | Mu gikorwa cyo kwimuka ku ikipe ya Rayon Sports cyabaye kuri uyu wa 18 Nzeri 2012, umwe yapfuye abandi bari mu bitaro.
Ni mu rugendo...
Mu mukino wa mbere w’irushanwa ry’amakipe yabaye ayambere iwayo ku mugabane w’u Burayi, Mancherster City yatangiye itsindwa na Read Madrid3-2 kuwa...
Irushanwa rihuza amakipe y’umupira w’amaguru y’abaye ayambere iwayo ku mugabane w’u Burayi (UEFA) riratangira kuri uyu wa Kabiri tariki ya 18 Nzeri...
Drogba na Anelka mu gihirahiro nyuma y’uko umuherwe agiye kubagabanya amafaranga.
Umuherwe Zhu Jun ufite imigabane igera kuri 28% y’ikipe ya...
Rayon Sports yegukanye igikombe cy’irushanwa ryo gushyigikira ‘Agaciro Development Fund’ nyuma yo gutsinda Mukura 1-0 ku cyumweru tariki ya...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 15 Nzeri 2012, kuri Stade Amahoro habereye imikino ya 1/2 cy’imikino yitiriwe Agaciro Development Fund" Rayon...
Ishyirahamwe nyarwanda rw’umupira w’amaguru n’iry’umukino w’amaboko (Basiketi) byateguye amarushanwa yo gukusanya umusanzu wabo binyuze mu makipe...
Umukinnyi w’umupira w’amaguru Andrés Iniesta agiye kuba ahagaritse gukina mu gihe cy’ibyumweru bibiri kubera imvune yakuye mu mukino wo kuwa 11 Nzeri...
Ibi byishimo ubisangana abakunzi b’umupira w’amaguru n’abafana b’ikipe y’Akarere ka Rusizi, Espoir FC. Impamvu yabyo rero ni inkuru y’impamo yahamijwe...
Uruganda rwa Blarirwa rusanzwe rutera inkunga shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda 100%, ubu muri shampiyona itaha FERWAFA itangaza ko undi...
Mu gihe Intara y’i Burasirazuba imaze gutangaza ko muri uyu mwaka ifite ikipi y’umupira w’amaguru izakina mu cyiciro cya kabiri, Akarere ka...
Nyuma y’aho mu Rwanda abataza b’umupira w’amaguru barenganga imbibe z’u Rwanda ari mbarwa, ku itariki 05 Nzeri 2012 hatangiye amahugurwa yo kuzamura...
Ubwo CECAFA 2012 igomba kubera mu gihugu cya Uganda guhera tariki ya 24 Ugushyingo kugeza ku ya 8 Ukuboza 2012, amakipe y’ibiguhu azitabira iryo...
Umutoza wa Chelsea mu Bwongereza, Roberto Di Matteo, aratangaza ko Chelsea bahangayikishijwe n’imvune umukinnyi wabo John Terry yagiriye mu mukino...
Mu mukino wa gicuti wo kwishyura hagati y’amakipi y’u Rwanda na Namibia wabereye kuri Stade Amahoro ku wa 14 Ugushyingo 2012, warangiye amakipi...
Kuri iki cyumweru tariki ya 11 Ugushyingo, i Remera habereye umukino w’umupira w’amaguru wa gicuti wahuje ikipi ya Mulindi FC na" LES VIEUX LIONS...
Ubwo CECAFA 2012 igomba kubera mu gihugu cya Uganda guhera tariki ya 24 Ugushyingo kugeza ku ya 8 Ukuboza 2012, amakipe y’ibiguhu azitabira iryo...
Umutoza wa Chelsea mu Bwongereza, Roberto Di Matteo, aratangaza ko Chelsea bahangayikishijwe n’imvune umukinnyi wabo John Terry yagiriye mu mukino...
Kuri iki cyumweru tariki ya 11 Ugushyingo, i Remera habereye umukino w’umupira w’amaguru wa gicuti wahuje ikipi ya Mulindi FC na" LES VIEUX LIONS... | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | fefe556234ca4a963878496aedea1114 | keep | [] | [
5.4,
9.5,
10,
9,
8.7,
9.6,
8.5,
0,
0
] |
./WIDE-20121115235826-crawl419/WIDE-20121116002854-06051.warc.gz | 363,741,308 | 9,611 | 42,293 | http://www.igihe.com///imikino/football/?debut_gh_news=120 | text/html | 2012-11-16T01:18:19 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kik_Latn"
] | [
0.9988,
0.0012,
0
] | Nyuma y’uko bitangajwe ko umusore Nirisarike Salomon atazitabira umukino wo kwishura hagati y’ikipe y’u Rwanda n’iya Mali, ubu byemejwe ko ikipe...
Umukinnyi w’u Rwanda Tibingana Charles Mwesigye kuri ubu uri kumwe n’Amavubi U-20 muri Mali ntakibarizwa mu ikipe ya Proline FC kuko yamaze kuba...
Rutahizamu Kagere Meddie wa Police FC azamenya niba azerekeza mu ikipe yo muri Afurika y’Epfo ya Bidvest Wits University Football Club muri iki...
Kuri icyi Cyumweru tariki ya 29 Nyakanga 2012, Amavubi yabataren geje imyaka 20 yakinnye umukino na Mali mu rwego rwo gushaka itike ya CAN-20...
Umunya Ukraine ukina umupira w’amaguru by’umwuga Andreï Shevchenko, aratangaza ko aretse ruhago ahubwo agiye gukina politiki nk’uko yabitangaje...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 28 Nyakanga ni bwo Yanga FC yatwaye igikombe cya CECAFA Kagame Cup imaze gutsinda Azam ibitego 2-0, umukino ukaba...
Mu mujyi wa Dar es Salaam hakomeje kubera imikino ya CECAFA Kagame Cup 2012, imikino igeze muri kimwe cya kabiri cy’irangiza ahasigayemo amakipe...
Kuwa mbere tariki ya 23 Nyakanga 2012 nibwo hatangiye imikino ya kimwe cya kane cy’irangiza mu irushanwa rya CECAFA Kagame Cup 2012 riri muri...
Ikipe ihagarariye u Rwanda muri CECAFA Kagame CUP 2012, APR FC yatsinzwe umukino wa nyuma w’amatsinda na Yanga Africa ibitego 2 ku busa bivugwa...
Ku isaha ya saa saba kuri uyu wa Kabiri nibwo rwari rwambikanye hagati y’ikipe ya APR FC na Atletico yo mu gihugu cy’u Burundi aho amakipe yananiwe...
Ikipe ya APR FC mu marushanwa ya CECAFA Kagame Cup ahuza amakipe yabaye aya mbere iwayo yatsinze itababariye ikipe ya Wau Salam yo muri Sudan...
Nyuma y’uko umutoza Ntagwabira Jean Marie ateguye ikiganiro n’abanyamakuru kirambuye ku bijyanye n’ubuzima bwe mu ikipe ya Rayon Sport, ubuyobozi...
Ubwo CECAFA 2012 igomba kubera mu gihugu cya Uganda guhera tariki ya 24 Ugushyingo kugeza ku ya 8 Ukuboza 2012, amakipe y’ibiguhu azitabira iryo...
Umutoza wa Chelsea mu Bwongereza, Roberto Di Matteo, aratangaza ko Chelsea bahangayikishijwe n’imvune umukinnyi wabo John Terry yagiriye mu mukino...
Mu mukino wa gicuti wo kwishyura hagati y’amakipi y’u Rwanda na Namibia wabereye kuri Stade Amahoro ku wa 14 Ugushyingo 2012, warangiye amakipi...
Kuri iki cyumweru tariki ya 11 Ugushyingo, i Remera habereye umukino w’umupira w’amaguru wa gicuti wahuje ikipi ya Mulindi FC na" LES VIEUX LIONS...
Ubwo CECAFA 2012 igomba kubera mu gihugu cya Uganda guhera tariki ya 24 Ugushyingo kugeza ku ya 8 Ukuboza 2012, amakipe y’ibiguhu azitabira iryo...
Umutoza wa Chelsea mu Bwongereza, Roberto Di Matteo, aratangaza ko Chelsea bahangayikishijwe n’imvune umukinnyi wabo John Terry yagiriye mu mukino...
Kuri iki cyumweru tariki ya 11 Ugushyingo, i Remera habereye umukino w’umupira w’amaguru wa gicuti wahuje ikipi ya Mulindi FC na" LES VIEUX LIONS... | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | 135b510165ffaadb7d41901bed33ee68 | keep | [] | [
5.9,
9.5,
10,
9.4,
10,
9.6,
8.4,
0,
0
] |
./WIDE-20121115235826-crawl419/WIDE-20121116002854-06051.warc.gz | 376,222,983 | 9,128 | 40,226 | http://www.igihe.com///imikino/football/?debut_gh_news=1536 | text/html | 2012-11-16T01:20:29 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] | [
0.9861,
0.0139,
0
] | Uko amakipe azahura mu mikino ya Play-off ku mugabane w’iburayi mu gushaka tike yo kujya mu gikombe cy’isi byamaze kumenyekana.
Iyi mikino...
Mu mpera z’icyumweru gishize byari bikomeye ku mugabane w’iburayi aho ikipe ya Liverpool yakomeje kugaragaza intege nkeya, naho Chelsea itungurwa...
Kuri uyu wa gatandatu tariki 17.10.2009 ni bwo shampiyona y’ u Rwanda mu cyiciro cya mbere yatangiye.
Mu mikino yari itegerejwe twavuga nk’...
- Biyihesheje umwanya wa 3 muri championa bityo izakina imikino ya "play off " ikinwa n’amakipe 4 ya mbere !
Mu mupira w’amaguru, hirya no hino ku isi hari imikino mu mashampiyona iyi weekend, nyuma y’aho zari zahagaze kubera imikino yahuzaga amakipe...
Mu makuru y’imikino mu Rwanda, Shampiona y’ikiciro cya mbere iratangira mu mpera z’iki cyumweru.
Dore uko bihagaze ku munsi wa mbere...
Robinho ati " ndifuza kujya muri Barca "
Ibi Robinho arabitangaza mu gihe hashize iminsi itari mike ikipe ya Barcelona ivuze ko...
Nyuma y’aho ikipe ya zambiya itsindiwe mu rugo na Misiri, ibi bikaba byashyize Zambiya mu mazi abira, aho igomba gutsinda Amavubi byananirana...
Uyu mutoza waje muri Tottenham avuye muri Portsmouth, aho yahise isigarana ibibazo bikomeye aratangaza ko we ntakibazo na gito afite kuri iyi...
Imikino yo guhatanira itike yo kujya mu gikombe cy’isi cy’umwaka utaha wa 2010, kigomba kubera muri Afurika y’epfo, kuva kuri 11 Kamena kugera kuri...
Nyuma y’aho irushanwa ry’igikombe cy’isi ry’abatarengeje imyaka 20 mu mupira w’amaguru riri kubera mu Misiri rimaze iminsi riba, ubu rikaba rigeze ku...
Mu gice cya mbere twababwiye uko amwe mu makipe akomeye asa nkaho yajegejwe kubera kubura bamwe mu bakinnyi bari bayafatiye runini.
Muri iki...
Ubwo CECAFA 2012 igomba kubera mu gihugu cya Uganda guhera tariki ya 24 Ugushyingo kugeza ku ya 8 Ukuboza 2012, amakipe y’ibiguhu azitabira iryo...
Umutoza wa Chelsea mu Bwongereza, Roberto Di Matteo, aratangaza ko Chelsea bahangayikishijwe n’imvune umukinnyi wabo John Terry yagiriye mu mukino...
Mu mukino wa gicuti wo kwishyura hagati y’amakipi y’u Rwanda na Namibia wabereye kuri Stade Amahoro ku wa 14 Ugushyingo 2012, warangiye amakipi...
Kuri iki cyumweru tariki ya 11 Ugushyingo, i Remera habereye umukino w’umupira w’amaguru wa gicuti wahuje ikipi ya Mulindi FC na" LES VIEUX LIONS...
Ubwo CECAFA 2012 igomba kubera mu gihugu cya Uganda guhera tariki ya 24 Ugushyingo kugeza ku ya 8 Ukuboza 2012, amakipe y’ibiguhu azitabira iryo...
Umutoza wa Chelsea mu Bwongereza, Roberto Di Matteo, aratangaza ko Chelsea bahangayikishijwe n’imvune umukinnyi wabo John Terry yagiriye mu mukino...
Kuri iki cyumweru tariki ya 11 Ugushyingo, i Remera habereye umukino w’umupira w’amaguru wa gicuti wahuje ikipi ya Mulindi FC na" LES VIEUX LIONS... | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | d4a33e25eca529236ae6c1956713c5ad | keep | [] | [
5,
8,
10,
9.1,
10,
9.8,
8.6,
0,
0
] |
./WIDE-20121115235826-crawl419/WIDE-20121116002854-06051.warc.gz | 381,899,765 | 9,017 | 39,842 | http://www.igihe.com///imikino/football/?debut_gh_news=1500 | text/html | 2012-11-16T01:21:15 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] | [
0.9923,
0.0077,
0
] | Uko imikino ya Champions League ihagaze kuri uyu mugoroba aho imikino yo kwishyura iri ku munsi wa mbere, bakaba bageze ku munsi wa kane...
Amakuru dukesha Ferwafa aratangaza ko Shampiona igomba guhagarara kugeza umukino w’amavubi na Zambiya urangiye, umukino uteganyijwe ku itariki 14...
Bimwe mu bintu byatunguranye ku mugabane w’ u Burayi nyuma y’aho shampiyona zitangiriye.
5. Atletico Madrid
Diego Florlan wa...
Kuri uyu munsi UEFA Champion League irakomeza ku munsi wayo wa kane , aho baba bageze mu mikino yo kwishyura
Ac Milan
Muri iyi kipe ntakindi kivugwa ni Ronaldinho uri gutangaza ko yagarutse mu bihe bye byiza , akaba atangaz ako agomba gutsinda Real...
Yavutse : 10/12/1987 Brest , France
Akinira :
Mu rwego rwo kwitegura umukino na Zambiya, umwiherero w’ikipe y’igihugu Amavubi watangiye uyu munsi tariki 2/11/2009 muri Alpha Palace Hotel....
Amakuru dukesha TMZ aratangaza ko Joe Jackson, se wa King Michael Jackson agomba gufatanya na Cristiano Ronaldo mu gikorwa cyo kugurisha ibyokezo...
Nigeria
Hamaze kuboneka amakipe azakina 1/4 mu mikino ya nyuma y’igikombe cy’isi cy’abatarengeje imyaka 17, ayo makipe akaba ari...
Ibi ni ibyibazwa na buri munyarwanda wese ukurikiranira hafi iby’umupira w’amaguru, aho hirya no hino nta kindi kiri kuvugwa muri benshi mu bakunzi...
Mukanya kuri stade amahoro nibwo harangiye umukino wahuzaga ikipe ya APR FC n’iya Kiyovu uwo mukino utari woroshye kumpande zombi ukaba urangiye...
Ubwo CECAFA 2012 igomba kubera mu gihugu cya Uganda guhera tariki ya 24 Ugushyingo kugeza ku ya 8 Ukuboza 2012, amakipe y’ibiguhu azitabira iryo...
Umutoza wa Chelsea mu Bwongereza, Roberto Di Matteo, aratangaza ko Chelsea bahangayikishijwe n’imvune umukinnyi wabo John Terry yagiriye mu mukino...
Mu mukino wa gicuti wo kwishyura hagati y’amakipi y’u Rwanda na Namibia wabereye kuri Stade Amahoro ku wa 14 Ugushyingo 2012, warangiye amakipi...
Kuri iki cyumweru tariki ya 11 Ugushyingo, i Remera habereye umukino w’umupira w’amaguru wa gicuti wahuje ikipi ya Mulindi FC na" LES VIEUX LIONS...
Ubwo CECAFA 2012 igomba kubera mu gihugu cya Uganda guhera tariki ya 24 Ugushyingo kugeza ku ya 8 Ukuboza 2012, amakipe y’ibiguhu azitabira iryo...
Umutoza wa Chelsea mu Bwongereza, Roberto Di Matteo, aratangaza ko Chelsea bahangayikishijwe n’imvune umukinnyi wabo John Terry yagiriye mu mukino...
Kuri iki cyumweru tariki ya 11 Ugushyingo, i Remera habereye umukino w’umupira w’amaguru wa gicuti wahuje ikipi ya Mulindi FC na" LES VIEUX LIONS... | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"swh_Latn",
"swh_Latn",
"run_Latn",
"cym_Latn",
"run_Latn",
"ltz_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"swh_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | b53862e7af9a64fbc0b0e1c9c10f2840 | keep | [] | [
5.2,
8.4,
10,
9.4,
10,
9.7,
8.3,
0,
0
] |
./WIDE-20121115235826-crawl419/WIDE-20121116002854-06051.warc.gz | 698,616,179 | 12,070 | 39,963 | http://www.igihe.com/ubukungu/iterambere/kcb-yatangije-gahunda-ya-biba-igamije-guteza-imbere-umuco-wo-kuzigama.html | text/html | 2012-11-16T02:04:27 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] | [
0.8308,
0.1692,
0
] | Banki y’Abanyakenya ya KCB yatangije gahunda ya “Biba”, iyi ni promotion(Tombola) izamara amezi atatu igamije gukangurira abantu kuzigama bakaboneraho no gutsindira ibihembo bivuye mu kuzigama muri banki ya KCB.
Abakiriya ba KCB bazajya batsindira ibihembo buri kwezi. Muri ibyo bihembo harimo Televiziyo zo mu bwoko bwa LG Flat, Firigo, Mikoro onde, iPads n’ibindi byinshi. Mu rwego rw’iyi tombola abanyamahirwe batatu biyemeje kuzigama bazatsindira ibihembo bidasanzwe. Uwa mbere azatsindira imodoka yo mu bwoko bwa Haval 5 Jeep, uwa kabiri atsindire itike y’urugendo ku bantu babiri kujya I Dubai, naho uwa gatatu atsindire Miliyoni imwey’amafaranga y’u Rwanda.
Nk’uko byasobanuwe n’Ubuyobozi bwa KCB ‘’Biba’’ ni ijambo ry’ikinyarwanda rikunda gukoreshwa mu buhinzi rikaba rivuga gutera cyangwa kubiba imbuto. KCB ivuga ko bhisemo gukoresha iri jambo kugira ngo berekane isano riri hagati yo kuzigama/gushora imari no gutera imbuto.
Abakiriya bose ba KCB baba abashya cyangwa abasanzwe bemerewe kujya muri iyi promotion. Kugira ngo umuntu ashobore kujya mu bashobora gutsindira ibihembo bitsindirwa buri kwezi ndetse no mu bashobora gutsindira ibihembo rurangiza agomba gufungura konti yo kuzigama muri KCB akabitsaho nibura Rwf 100.000, cyangwa akabitsa kuri konti yo kuzigama asanganwe nibura ayo mafaranga cyangwa se akagenda ayabitsa kuri izo konti inshuro nyinshi. Konti zihesha ba nyirazo kwemererwa kujya mu batsindira ibyo bihembo ni izi zikurikira : KCB Simba account (Intare), KCB Mortgage savings Account (Urugo Rwawe) na KCB Cub account (Intare nto, Konti y’abana).
Ese hashingirwa kuki kugira ngo umukiriya uzigamye ashobore gutsindira ibihembo ?
Uko umukiriya agenda azigama inshuro nyinshi ni na ko amahirwe ye yo gutsindira ibihembo agenda yiyongera. Hashingirwa ku bintu bine bikurikira kugira ngo uwazigamye ashobore gutsindira igihembo ari byo :Uko agenda arushaho kuzigama, Kubitsa nibura amafaranga 100.000, Kuzigama inshuro nyinshi no Kuzigama ku buryo bunoze.
Mu itangazo yashyize ahagaragara KCB yagize iti “Iyi promotion ni ikintu kidushishikaje kuko icyo tugamije ni ukuza ku isonga mu guteza imbere umuco wo kuzigama mu Rwanda, ndetse no mu karere aho banki yacu ikorera”.
Kugira ngo iyi Promotion irusheho kunozwa KCB yafatanije n’ibindi bigo nka Tiger Auto, Iyi ni sosiyete icuruza amamodoka ihagarariye Great Wall motors yo mu Bushinwa, Hari kandi na Better World igurisha ibikoresho byo mu mazu bya LG, ndetse na Satguru Travels. | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | d4bf8c0f723e24248c1c8154384c7af2 | keep | [] | [
5.5,
6.5,
10,
10,
10,
10,
10,
3,
0
] |
./WIDE-20121009034756-crawl339/WIDE-20121009035935-01413.warc.gz | 54,200,110 | 7,295 | 35,160 | http://orinfor.gov.rw/printmedia/topstory.php?id=4246 | text/html | 2012-10-09T04:04:56 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] | [
0.9534,
0.0466,
0
] | Viewed 122 Times
Christine Mukabunani uyobora ishyaka rya PS-Imberakuri niwe muvugizi mushya w’ihuriro nyunguranabitekerezo ry’imitwe ya politiki yemewe mu Rwanda . Yatowe kuri uyu wa kane n’inteko rusange y’iryo huriro. Hanatowe kandi Uyisenga Charles na Mukakalisa Jeanne nk’abandi basenateri 2 batangwa n’ihuriro mu nteko Ishinga Amategeko /Umutwe wa sena nyuma y’umwaka umwe sena itangiye manda yayo.
Abahagarariye imitwe ya politiki yemewe mu Rwanda uko ari icumi, bahuriye mu nteko rusange batora biro y’ihuriro ryabo igizwe n’umuvugizi mushya Christine Mukabunani wo mu ishyaka PS Imberakuri, akaba yagize amajwi 38/40. Asimbuye kuri uwo mwanya Dr Mukabaramba Alivera, ucyuye igihe cye kingana na manda y’amezi 6. Umuvugizi wungirije yabaye Honorable Hamidou Omar wabonye amajwi 37/40, akaba ari uwo mu ishyaka rya PDI.
Nk’umuntu wigeze kuba umuvugizi wungirije muri iri huriro, Christine Mukabunani yijeje ihuriro ry’imitwe ya politiki ubufatanye n’imikoranire myiza ndetse no kurushaho kumenyekanisha ihuriro mu Banyarwanda no mu banyamahanga kugira ngo abatarisobanukiwe bumve akamaro karyo.
Ku mashyaka yaba yumva atibona muri iri huriro ry’imitwe ya politiki, umuvugizi mushya waryo anavuga ko bazashyira imbaraga mu kubasobanurira ko ikigamijwe ari uguhuriza hamwe ibitekerezo binyuranye mu rwego rwo kubaka igihugu.
Abitabiriye iyi nteko rusange uko ari 40 banatoye kandi abandi basenateri 2 babahagararira mu mutwe wa sena, hakurikijwe ingingo y’182 y’itegeko nshinga ry’u Rwanda yemerera ihuriro abasenateri bane, barimo babiri bajyaho sena igitangira manda yayo, n’abandi 2 batorwa sena imaze umwaka.
Mu bakandida bane aribo Uyisenga Charles wo mu ishyaka rya PSD, Mukampunga Epiphanie uturuka mu ishyaka PPC, Hategekimana Jean Bosco wo mu ishyaka PSR na Mukakalisa Jeanne uturuka mu ishyaka PDC, hatowe Uyisenga Charles n’amajwi 27/40 na Mukakalisa Jeanne wabonye amajwi 22/40.
Mbere y’aya matora yombi, Umunyamabanga nshingwabikorwa w’ihuriro, Anicet Kayigema yagejeje ku nteko rusange y’ihuriro raporo y’ibikorwa mu mwaka w’ingengo y’imari 2011/2012.
Jean Daniel Sindayigaya | [
"eng_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"tpi_Latn"
] | allowed | 64e957b908f28aa1d45f19e619163210 | keep | [] | [
5.8,
7.4,
10,
10,
9.4,
9.8,
10,
4,
0
] |
./WIDE-20121105011538-crawl417/WIDE-20121105021540-04546.warc.gz | 326,909,355 | 7,241 | 29,875 | http://www.inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1210021221 | text/html | 2012-11-05T02:34:00 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] | [
0.9129,
0.0871,
0
] | Ikigo Football for hope Center kiratahwa kuri uyu wa kabiri ku Kimisagara
Kuri uyu wa kabiri taliki 02 Ukwakira 2012 ku Kimisagara harafungurwa ku mugaragaro ikigo Football for Hope Center cyubatswe ku nkunga y’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi FIFA ribinyujije muri AJSK(Association de Jeunes Sportifs de Kimisagara).
Football for Hope Center ni gahunda yatekerejwe mu mwaka 2005 yo kubaka ibigo by’umupira w’amaguru yashyizweho na FIFA nk’umurage w’igikombe cy’isi cyabereye muri Afurika.
Ibigo bigera kuri makumyabiri (20) nibyo bizubakwa mu bihugu bikiri mu nzira y’amajyambere mu rwego kwifashisha umupira w’amaguru mu gukemura Ibibazo, guharanira amahoro, uburinganire no kuzamura ubuzima bw’urubyiruko.
Binyuze mu kigo cya Kimisagara, Football For Hope Center ifite intego yo gufasha AJSK Esperance mu bikorwa byayo byo gufasha urubyiruko mu nzego z’ubuzima n’amashuri.
Football For Hope Center ni umushinga wa FIFA wo kwifashisha umupira w’amaguru mu iterambere ry’urubyiruko binyuze mu mupira w’amaguru.
Nkuko bigaragara mu nyandiko yagenewe itangazamakuru iki kigo kizayoborwa na AJSK Esperance isanzwe ifasha urubyiruko mu bikorwa bitandukanye birimo kwirinda SIDA n’ibindi bibazo ruhura nabyo mu buzima bwa buri munsi.
Rutaganda Ponny. | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"scn_Latn"
] | allowed | 63480ae45fe9c5b002f011ec692269cd | keep | [] | [
5.4,
6.9,
10,
10,
9.8,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121105011538-crawl417/WIDE-20121105021540-04546.warc.gz | 345,440,604 | 8,600 | 34,959 | http://www.inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1210040810 | text/html | 2012-11-05T02:36:26 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] | [
0.98,
0.02,
0
] | Ntagwabira Jean Marie yafatiwe ibihano bikarishye
Umutoza Jean Marie Ntagwabira wanyuze mu makipe atandukanye ya hano mu Rwanda no mu ikipe y’igihugu yafatiwe ibihano bitoroshye n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA azira gukoresha ruswa no kugura intsinzi.
Jean Marie Ntagwabira yahanishijwe igihano cy’imyaka itanu nta gikorwa cy’umupira w’amaguru agaragaramo haba gutoza cyangwa akandi kazi bijyanye.
Ni nyuma y’urubanza rwatangiye mu kwezi kwa Nyakanga 2012 Ntagwabira yatangarije abanyamakuru amwe mu manyaga akorerwa mu mupira w’amaguru nawe yagizemo uruhare.
Ibi yabitangaje amaze gusezera mu ikipe ya Rayon Sport ku mpamvu zo kudahemberwa igihe hamwe n’ibindi bibazo yari afitanye na bamwe mu bayobozi ba Rayon Sport.
Nk’uko tubikesha itangazo ryasohotse ku rubuga rwa FERWAFA Ntagwabira ntago ariwe wenyine kuko na Issa Kayinamura bafatanyije nawe yahanishijwe imyaka itanu adakandagira ku bibuga by’umupira w’amaguru mu Rwanda.
Ibi bihano byafashwe habanje kuba ibiganiro n’impande zombi aho bagiye bitaba akanama gashinzwe amategeko muri FERWAFA bagatanga ibisobanuro kubyo baregwa.
Ni ubwa mbere mu Rwanda hagize abantu bafatirwa ibihano nk’ibi n’ubwo bisa nkaho bikarishye kuko no bihugu by’i Burayi batajya bageza ku myaka itanu kandi ariho biba byasakuje cyane.
Rutaganda Ponny. | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"scn_Latn"
] | allowed | ce0c84a164ae638ccbaabf4943b358e6 | keep | [] | [
6.9,
8.6,
10,
10,
10,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121004113941-crawl335/WIDE-20121004120934-01357.warc.gz | 919,025,642 | 11,011 | 48,645 | http://ruhagoyacu.com/spip.php?article4640 | text/html | 2012-10-04T12:33:06 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] | [
0.9779,
0.0222,
0
] | Nyuma yo kwitwara neza mu mikino y’Afurika bakegukana umwanya wa mbere mu irushanwa rya Africa Junior Beach Volleyball Championship ryabereye mu gihugu cya Togo ku bakinnyi bari munsi y’imyaka 20.
Abanyarwandakazi Denise Mutatsimpundu na Charlotte Nzayisenga baratangira umwiherero kuva uyu munsi kuwa gatandatu tariki ya 11/08/2012 i Rubavu, aho bagiye gukora imyitozo bitegura kuzerekeza muri Canada kuwa 26/08/2012 ahazabera imikino y’igikombe cy’isi kizabera Halifax muri Canada kuva tariki ya 29/08/2012 kugeza tariki ya 2/09/2012. Nibwo bwa mbere u Rwanda rubonye itike y’imikino y’igikombe cy’isi muri Volleyball ikinirwa ku musenyi (Beach Volleyball ).
Abakinnyi bakaba bagiye gukomeza imyitozo ya Volleyball yo ku musenyi bari kumwe n’umutoza wabo Paul Bitok, umaze iminsi anatoza ikipe y’ingimbi y’abahungu ya Volleyball yari mu mwiherero i Huye. Tubibutsa yuko mu gihe imikino ya Beach Volleyball ikinwa nta mutoza uba uhari akora akazi ko gutoza kereka mu myitozo gusa. | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | 9139af89d8d3f6b36c8e3104bd18b1c2 | keep | [] | [
6.5,
10,
10,
10,
8.5,
9.3,
10,
2,
0
] |
./WIDE-20121004113941-crawl335/WIDE-20121004120934-01357.warc.gz | 940,375,448 | 11,142 | 48,987 | http://ruhagoyacu.com/spip.php?article4567 | text/html | 2012-10-04T12:33:26 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] | [
0.9536,
0.0465,
0
] | Kaminuza nkuru y’u Rwanda ngo yiteguye kurega komite nyobozi y’Ishyirahamwe ry’umukino w’intoki wa Volleyball mu Rwanda kubera ihagarikwa “ridasobanutse” ry’umutoza wabo wungirije Bagirishya Jado Castar.
Nkuko ushinzwe imikino muri iri shuri Kayiranga Albert yabidutangarije, ngo nta kosa babona ryari gutuma iri shyirahamwe rihagarika umutoza wabo dore ko ngo batigeze babagisha n’inama.
“Ntago bigeze batugezaho amakosa yaba yarakoze nk’umutoza twe tumukuriye, twagiye kumva twumva ngo bamuhagaritse”. “Byaradutunguye kuko twumva kuba federasiyo yaramuhagaritse nk’umutoza ntaho byari bihuriye” Kayiranga Albert.
Albert kandi yakomeje anadutangariza ko Kaminuza y’u Rwanda itatereye iyo ko ahubwo igiye guhita irega komite nyobozi y’iri shyirahamwe.
“Turashaka kuzababaza neza mu nteko rusange, “ni ibintu byakozwe n’ubuyobozi bwa federasiyo ntago ari bwo twaregera, tuzaregera urwego ruri hejuru yabo ari rwo inteko rusange.”
Bagirishya Jado Castar usanzwe ari umunyamakuru wa Radio 10 yasezerewe ku kazi k’ushinzwe itangazamakuru muri federasiyo y’umukino wa Volleyball anahita ahagarikwa igihe cy’umwaka adatoza ikipe ya Kaminuza nkuru y’u Rwanda.
Nkuko byatangajwe na perezida w’iri shyirahamwe Uyisenga Charles ngo Castar yazize ko ataheshaga isura nziza iri shyirahamwe cyane cyane mu magambo yakoreshaga mu kiganiro k’imikino kuri Radio 10. | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | a50590c9a3686d8667dc79c5e81d3c53 | keep | [] | [
5.2,
7.7,
10,
9.9,
8.5,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121014225626-crawl419/WIDE-20121015001846-02074.warc.gz | 409,116,213 | 10,894 | 54,952 | http://www.igihe.com//imikino/football/?debut_gh_news=36 | text/html | 2012-10-15T00:50:22 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] | [
0.998,
0.002,
0
] | Umutoza Seninga Innocent yagizwe umutoza wungirije w’Isonga FC aho agiye gufatanya na Mashami Vincent wari usanzwe ari umutoza w’Isonga FC...
Shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda mu cyiciro cya mbere, iratangira mu mpera z’iki Cyumweru, itangirane n’umubare w’amakipe 14.
Nk’uko urubuga...
Ubwo mu Rwanda hari hamenyerewe umupira w’amaguru ukinirwa ku bibuga bisanzwe ari binini, uretse iyo abakinnyi bari mu myitozo, bakaba ikibuga...
Mu irushanwa ry’amakipe yabaye ayambere iwayo ku mugabane y’u Burayi, Chelsea yaraye inganyije 2-2 na Juventus de Turin ku kibuga cyayo, Stamford...
Mu gikorwa cyo kwimuka ku ikipe ya Rayon Sports cyabaye kuri uyu wa 18 Nzeri 2012, umwe yapfuye abandi bari mu bitaro.
Ni mu rugendo...
Mu mukino wa mbere w’irushanwa ry’amakipe yabaye ayambere iwayo ku mugabane w’u Burayi, Mancherster City yatangiye itsindwa na Read Madrid3-2 kuwa...
Irushanwa rihuza amakipe y’umupira w’amaguru y’abaye ayambere iwayo ku mugabane w’u Burayi (UEFA) riratangira kuri uyu wa Kabiri tariki ya 18 Nzeri...
Drogba na Anelka mu gihirahiro nyuma y’uko umuherwe agiye kubagabanya amafaranga.
Umuherwe Zhu Jun ufite imigabane igera kuri 28% y’ikipe ya...
Rayon Sports yegukanye igikombe cy’irushanwa ryo gushyigikira ‘Agaciro Development Fund’ nyuma yo gutsinda Mukura 1-0 ku cyumweru tariki ya...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 15 Nzeri 2012, kuri Stade Amahoro habereye imikino ya 1/2 cy’imikino yitiriwe Agaciro Development Fund" Rayon...
Ishyirahamwe nyarwanda rw’umupira w’amaguru n’iry’umukino w’amaboko (Basiketi) byateguye amarushanwa yo gukusanya umusanzu wabo binyuze mu makipe...
Umukinnyi w’umupira w’amaguru Andrés Iniesta agiye kuba ahagaritse gukina mu gihe cy’ibyumweru bibiri kubera imvune yakuye mu mukino wo kuwa 11 Nzeri...
Nyuma y’umukino wa shampiyona yo muri Esipanye, Real Madrid yaguyemo miswi na FC Barcelone ku bitego 2-2 ku wa 7 Ukwakira 2012, Umutoza wa Real...
Rayon Sports, ikipeye y’umupira w’amaguru mu cyiciro cya mbere mu Rwanda kuva yasubira ku ivuko mu Karere ka Nyanza tariki ya 18 Nzeri 2012,...
Perezida wa AC Millan, Silvio Berlusconi, ari mu ruziduko muri Amerika aho yagiye kubobonana n’uwari umutoza wa FC Barcelone, Pep Guardiola, ngo...
Mu irushanwa ryo guhatanira igikombe cy’amakipe yabaye ayambere iwayo ku mugabane w’Afurika(Champions league), TP Mazembe yo muri Congo yanganyije...
Mu rwego rwo guhatanira itike yo kuzakina imikino ya nyuma y’igikombe cy’Afurika mu bakinnyi batarengeje imyaka 17 iteganyijwe umwaka utaha,...
Mu mukino wa mbere wo gushakisha itike yo kuzitabita imikino ya nyuma y’igikombe cy’Afurika umwaka utaha y’abatarengeze imyaka 17, umukino wabereye...
Umukino wahuzaga ikipe ya Senegal n’iya Cote d’Ivoire, mu mikino wo guhatanira kujya mu gikombe cy’Afurika, kuri Stade yitiriwe Léopold Sedar...
Umukinnyi w’ikipe ya Manchester United agakinira n’ikipe y’igihugu cy’u Bwongereza, mu mukino u Bwongereza bukina kuri uyu wa gatanu n’ikipe ya San...
Umukino wahuje ikipe y’igihugu y’u Bwongereza n’ikipe ya San Marino ku itariki ya 12 Ukwakira 2012, u Bwongereza buyobowe na kapiteni Wayne Rooney...
Umukino uzahuza Kenya n’u Burundi wo mu rwego rw’irushanwa ry’umupira w’amaguru ry’ibihugu by’Afurika ryitabirwa n’abakinnyi bakina imbere mu gihugu...
Mu mukino wa gicuti wahuje ikipe y’igihugu, Amavubi, n’ikipe y’igihugu ya Namibia mu rwego rwo kwitegura imikino ya CECAFA, CHAN n’imikino...
Ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru, Amavubi, irakina umukino wa gicuti n’ikipe y’igihugu ya Namibiya i Windhoch ku tariki ya 13 Ukwakira 2012, mu...
Nyuma y’umukino wa shampiyona yo muri Esipanye, Real Madrid yaguyemo miswi na FC Barcelone ku bitego 2-2 ku wa 7 Ukwakira 2012, Umutoza wa Real...
Rayon Sports, ikipeye y’umupira w’amaguru mu cyiciro cya mbere mu Rwanda kuva yasubira ku ivuko mu Karere ka Nyanza tariki ya 18 Nzeri 2012,...
Mu mukino wa mbere wo gushakisha itike yo kuzitabita imikino ya nyuma y’igikombe cy’Afurika umwaka utaha y’abatarengeze imyaka 17, umukino wabereye...
Ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru, Amavubi, irakina umukino wa gicuti n’ikipe y’igihugu ya Namibiya i Windhoch ku tariki ya 13 Ukwakira 2012, mu...
Mu rwego rwo guhatanira itike yo kuzakina imikino ya nyuma y’igikombe cy’Afurika mu bakinnyi batarengeje imyaka 17 iteganyijwe umwaka utaha,...
Mu irushanwa ryo guhatanira igikombe cy’amakipe yabaye ayambere iwayo ku mugabane w’Afurika(Champions league), TP Mazembe yo muri Congo yanganyije... | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | ca6f0284dd17a49b49b1cd960924f5c0 | keep | [] | [
5,
10,
10,
8.8,
8.1,
9.8,
8.1,
0,
0
] |
./WIDE-20121113023708-crawl413/WIDE-20121113031046-07204.warc.gz | 773,887,030 | 8,521 | 23,629 | http://rn.wikipedia.org/wiki/Indwara_y%E2%80%99umutima | text/html | 2012-11-13T03:59:10 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"tum_Latn"
] | [
1,
0,
0
] | Indwara y’umutima
Umutima uguma ukora igihe cose, haba ku mutaga canke mw’ijoro (amasaha mirongo ibiri n’ane ku munsi), upompa amaraso arimwo umwuka mwiza duhema (oxygène) n’ivyangombwa nkenerwa mu mubiri. Amaraso ashika mu mutima aciye mu mitsi mikuru. Iyo abantu barya kenshi canke barya imfungurwa zirenze urugero zuzuye ibinure canke isukari nyinshi, hanyuma ntibagire imyimenyerezo yo kunonora imitsi, ibinure biraheza bikagwirirana mu mitsi mikuru. Iyo rero vyagwiriranye, birameneka bigaca bituma haba igipfunda c’amaraso. Ico gipfunda gituma amaraso atembera nabi nabi mu mitsi hanyuma ntashike mu mutima, akaba arivyo rero bitera indwara y’umutima yamaze abantu. | [
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | 23dafdc207b93a00f4595c2ba3cfc295 | keep | [] | [
7.9,
10,
10,
9.8,
10,
10,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20120920061030-crawl336/WIDE-20120920065126-00074.warc.gz | 917,113,132 | 9,682 | 47,434 | http://ibishya.biz/category/imyidagaduro/ | text/html | 2012-09-20T07:41:43 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] | [
0.8478,
0.1522,
0
] | Home » Archives by category » IMYIDAGADURO
BILL GATES NIWE UYOBOYE URUTONDE RW’ABAHERWE MURI AMERIKA NA MILIYARI 66 Z’AMADOLARI – REBA URUTONDE
Ikinyamakuru cya Forbes cyashyize hanze urutonde rw’abahebwe bo muri leta zunze ubumwe z’amerika, nyiri uruganda rwa Microsoft ariwe Bill Gates niwe waje ku isongo n’akayabo ka miliyari 66 z’amadolari, akaba yariyongereyeho miliyari 6 zo mu mwaka umwe , yakurikiwe na rwiyemezamiremo Warren Buffet na miliyari 46 z’amadolari, uwakoze Logiciel ya Oracle ariwe Larry Ellison akaba yarahombye [...]
PATIENT BIZIMANA YATEGUYE IGITARAMO CYO KURAMYA NO GUHIMBAZA MURI SPORT VIEW HOTEL.
Liliane Kabaganza, Cpt Simon Kabera, Aime Uwimana, Dominic Nic, Gaby Irene Kamanzi na Nelson Mucyo bayobowe na Patient Bizimana biteguye gutaramira abakunzi babo ku Cyumweru tariki ya 30 Nzeri 2012, kuva saa kumi z’umugoroba i Remera muri salle ya Sport View Hotel. Iki ni kimwe mu bitaramo bya Gospel bizitabirwa n’abahanzi bakomeye kandi bakunzwe mu [...]
UMURAPERI KAZI CINEY ATI :: NGARUKANYE INGUFU ZIDASANZWE DORE INDIRIMBO YANJYE NSHYASHYA YITWA(NGWINO NKWEREKE) – KANDA HANO UYUMVE.
Uwimana Aisha Kw’Izina Ry’Ubuhanzi Akaba Azwi Nka Ciney, Uyu Munyarawandakazi Akaba Aririmba Injyana Ya Hip Hop Kuri Ubungubu Ciney Akaba Ari Numunyamakuru Kuri Radio Yitwa Radio One Akaba Akora Ikiganiro Cyitwa FEEL THE HITS, Umuraperikazi Ciney Ijwi Rye Ryumvikanye Bwambere Hano Mu Rwanda Ahagana Mu Mwaka Wa 2010 Muri Uyu Mwaka Akaba Aribwo Yakoze Indirimbo [...]
LADY GAGA YANYWEREYE URUMOGI KURI STAGE MURI AMSTERDAM – DORE ICYO ASHAKA KWISABIRA PEREZIDA BARACK OBAMA.
Umuhanzikazi Lady Gaga nyuma y’iminsi mike ishize atangarije abafana be ko ari umwe mubagize itsinda ryitwa “Green Club” akanatangaza ko adakunda cyane inzoga ahubwo yikundira kw’inywera itabi (Marijuana, Urumogi), kuri ubu noneho yabigaragarije ku karubanda ubwo yarari mu gitaramo i Amsterdam umurwa mukuru w’igihugu cy’ubuhorandi, uyu mugi ukaba uzwiho kugira ibiyobyabwenge byinshi cyane ndetse n’urugomo [...]
URUTONDE RW’INDIRIMBO 10 ZAHANO MURWANDA ZASOHOTSE MURI IKICYUMWERU- KANDA HANO WIYUMVIRE
Nkuko Dusanzwe Tubibagezaho Murabiziko Buri Cyumweru Tubakorera Top 10 Y’Indirimbo Nshashya Tuba Twakiririye Mucyumweru Turimo, Ibi Bikaba Bikorwa Murwego Rwo Gufasha Abahanzi Kumenyekanisha Ibihangano Byabo Maze Abakunzi Bamuzika Bakabasha Kubona Ibihangano Byabahanzi Bakunda Kandi Bakabibonera Kugihe, Ari Nayompamvu Dushishikariza Abahanzi Kuzanjya Batugezaho Ibihangano Byabo Hakiri Kare Kugirango Tubashe Kuba Twabishira Kurubugarwacu Muburyo Bunogeye Abasomyi Bacu. [...]
JAY-Z NA BEYONCE BATEGUYE FUNDRAISING YO GUFASHA OBAMA MU MATORA KWINJIRA MU BIRORI ITIKE YAGURAGA MILIYONI 24 Z’AMANYARWANDA
Barack Obama ari guhatanira kongera kuyobora leta zunze ubumwe z’amerika nuwo bahanganye Mitt Romney, kuruhande rwa Barack obama ashyigikiwe cyane n’ibihangange bibiri muri muzika aribo Shawn Carter (Jay-z) ndetse n’umufasha we Beyonce Knowles Gisele. Mu ijoro ryakeye nibwo kubufatanye bwa jay-z na beyonce bari bateguye ikirori gito cyabereye mu kabiri ka jay-z kitwa 40/40 Club [...]
UWAMPA AMAHIRWE YO KURARANA NA KIM KARDASHIAN BYANSHIMISHA CYANE – TREY SONGZ
Umuhanzi w’imyaka 27 y’amavuko trey songz mu kiganiro yagiriye kuri chaine ya televiziyo yitwa trey songz media tv yavuze ko aramtuse abonye amahirwe amahirwe yo kurarana na kim kardashian ndetse bakanatemberana byimazeyo byamushimisha cyane kurusha ibindi bintu byose Nziranye na kanye west ariko ntabwo ari inshuti yanjye cyane, ariko nkunda cyane umukunzi we kuburyo numva [...]
FILM YITWA (HOME -IWACU) KUGIRANGO BAYISHYIRE MUKINYARWANDA , HITABAJWE IJWI RY’UMUNYAMAKURU PATRICK KANYAMIBWA – INKURU IRAMBUYE
Nkuko byumvikana muri Trailer ya Filime « Home – Iwacu », ijwi rya Kanyamibwa Patrick niryo ryakoreshejwe mugushyira amagambo yayo mu Kinyarwanda, ibi bikaba byarakozwe n’umuryango wita ku kurengera ibidukidukije n’iterambere ry’abantu ARECO Rwanda Nziza kubufatanye na Institut Francais au Rwanda aho byashyize mu Kinyarwanda filime isanzwe yitwa « HOME », ikaba ari filime iri ku rwego mpuzamahanga ivuga [...]
MANI MARTIN NIWE USERUKIYE ABAHANZI NYARWANDA MURI RWANDA DAY I BOSTON – BITUMYE YIMURA IGITARAMO CYO GUSHYIRA HANZE ALUBUM ZE 2.
Kuri uyu wa kabiri tariki 18/9/2012 mu nama n’abanyamakuru ,umuhanzi Mani Martin yatangaje ko yimuye igitaramo yarafite ku itariki 23/09/2012 kubera urugendo rwamutunguye . MANI MARTIN mu kiganiro n’abanyamakuru Mu kiganiro na Mani Martin yatangaje ko yimuye igitaramo yari afite kubera urugendo agiyemo aserukiye igihugu ku mugabane w’Amerika ,yakomeje atangaza ko gahunda acyiyifite ko bitarangira [...]
BOB MARLEY NIWE UYOBOYE URUTONDE RW’ABAHANZI BAKIZE BAKORA INJYANA YA DANCEHALL NA REGGAE KU ISI – REBA URUTONDE
Nubwo amaze imyaka igera kuri 31 yose atabarutse, kizigenza ndetse akaba arinawe mwami w’injyana ya reggae ku isi Bob Marley niwe uyoboye urutonde rw’abahanzi bakora injyana ya Dancehall na Reggae kuri compte zabo. Tubibutseko amafaranga muri bubone buri muhanzi agiye afite kurutonde atariyo yonyine afite ahubwo arayo yashyize kuri compte yo kwizigamira (compte bloquer). 1.BOB [...] | [
"eng_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn"
] | allowed | 2a1b9de5237b028a8076576f3a29c09f | keep | [] | [
5.8,
6.4,
10,
9.9,
10,
10,
10,
7,
0
] |
Subsets and Splits