Search is not available for this dataset
f
stringlengths
53
165
o
int64
491
10.6B
s
int64
466
4.27M
rs
int64
3
4.17M
u
stringlengths
16
4.36k
c
stringclasses
11 values
ts
timestamp[ms]
collection
stringclasses
21 values
lang
sequencelengths
3
3
prob
sequencelengths
3
3
text
stringlengths
501
1.28M
seg_langs
sequencelengths
1
9.45k
robotstxt
stringclasses
1 value
id
stringlengths
32
32
filter
stringclasses
1 value
pii
sequencelengths
0
144
doc_scores
sequencelengths
9
9
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029040749-03692.warc.gz
204,991,059
7,486
30,255
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1208210731
text/html
2012-10-29T04:13:20
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "swh_Latn" ]
[ 0.9988, 0.0009, 0.0001 ]
Ikipe ya Yanga Africa iragera mu Rwanda kuri uyu wa kabiri gukina imikino ya gicuti Yanga Africa iherutse kwegukana igikombe cya CECAFA cyaberega iwayo muri Tanzaniya, irasesekare mu Rwanda kuri uyu wa kabiri taliki ya 21 Kanama aho ije gukina imiukino ya gicuti n’amwe mu makipe akomeye hano mu Rwanda. Amakuru dukesha ikinyamakuru Mwanaspoti cyo muri Tanzaniya ni uko iyi kipe izamara igihe kingana n’icyumweru kimwe ikina imikino ya gicuti. Amakipe amaze kumenyekana ko azakina na Yanga Africa ni Rayon Sport bizakina ku mukino wa mbere nkuko bitangazwa n’umuyobozi wa Yanga Africa, Celestine Mwesigwa. Umukino wa kabiri Yanga Africa izakina Police FC ni mu rwego rwo gutegura imikino ya shampiyona yenda gutangira mu gihugu cya Tanzaniya. Yanga Africa nyuma yo kugura abakinnyi batandukanye barimo rutahizamu wifuzwaga na Police FC yo mu Rwanda, Didier Kavumbagu wigaragaje cyane mu mikino ya Cecafa, iyi kipe irashaka gukina imikino ituma abakinnyi bayo bamenyerana. Mu bakinnyi Yanga Africa yazanye harimo: Abazamu: Yaw Berko, Ali Mustapha Barthez na Saidi Mohammed. Myugariro: Juma Abdul, Shadrack Nsajigwa, Godfrey Taita, Stephano Mwasika, Oscar Joshua, David Luhende, Ibrahim Job, Ladislaus Mbogo, Nadir Haroub Cannavaro na Kelvin Yondani. Abakina hagati: Athumani Idd Chuji, Nurdin Bakari, Juma Seif, Omega Seme, Nizar Khalfan, Salum Telela, Rashid Gumbo, Haruna Niyonzima, Frank Domayo, Shamte Ali na Idrissa Rajab. Rutahizamu: Saidi Bahanuzi, Hamisi Kiiza, Jerryson Tegete, Didier Kavumbagu na Simon Msuva. Rutaganda Ponny.
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "hau_Latn", "swh_Latn", "swh_Latn", "swh_Latn", "scn_Latn" ]
allowed
0dfa9e565bc6eb31befdd6d5152330a6
keep
[]
[ 5.3, 6.7, 10, 9.9, 10, 10, 10, 0, 0 ]
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029040749-03692.warc.gz
276,002,976
7,430
30,189
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1208240445
text/html
2012-10-29T04:14:09
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "hau_Latn" ]
[ 0.9979, 0.0021, 0 ]
Rayons Sports yiteguye kwitwara neza imbere ya Yanga Africans Kuri uyu wa gatanu ku isaha ya saa cyenda n’igice nibwo ikipe ya Rayons Sports iracakirana na Yanga Africans yo muri Tanzania mu mukino wa gishuti uzabera kuri sitade Amahoro i Remera. Umunyamabanga mukuru wa Rayon sports akaba n’umuvugizi wayo Gakwaya Olivier, avuga ko uyu mukino uri mu rwego rwo kwitegura shampiyona y’uyu mwaka , kandi ko ari cyo gihe abafana ba Rayon bagomba kuza kwirebera ikipe ikomeye muri aka karere. Olivier yagize ati : « Hari abakinnyi bashya dufite, ndetse murabizi ko ikipe yacu yiyubatse. Ni muri urwo rwego rero abafana bacu bakwiriye kuza kureba ikipe yacu uko ihagaze mbere y’uko dutangira shampiyona ndetse bakareba niba hari ingufu twakongeramo, kuko ni nawo mwanya wo kwipima.” Gakwaya Olivier avuga ko nubwo bagiye guhura na Yanga ifite igikombe cya CECAFA Kagame Cup cya 2012, bitazababuza kwitwara neza. Umutoza w’ikipe ya Yanga Africans Saintfiet, we avuga ko nabo aka ari ko kanya babonye ko kwipima na Rayon Sports, bakaba bashimira Perezida w’u Rwanda Paul Kagame kuko ngo ariwe wabatumiye. Saintfiet avuga ko bifuza gutsinda Rayon kuri uyu wa gatanu ndetse bakazongera no gustinda Polisi ku cyumweru mu mukino wabo wa kabiri wa gishuti. Uyu mutoza yakomeje agira ati : “ Ndakeka ko tumaze kugira abafana benshi mu Rwanda kubera abanyarwanda bakina muri Yanga aribo Haruna na Mbuyu kandi ni nawo mwanya w’abafana b’abanyarwanda kuza kureba abakinnyi babo.” Source :Izuba rirashe
[ "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn" ]
allowed
4354ed0c044ce25163ce88588c256d14
keep
[]
[ 7.9, 9.6, 10, 10, 10, 10, 10, 2, 0 ]
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029040749-03692.warc.gz
485,632,003
7,232
29,824
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1206210639
text/html
2012-10-29T04:15:50
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "hau_Latn" ]
[ 0.9992, 0.0008, 0 ]
Imikino y'Igikombe cy'amahoro kigeze muri 1/4 yasubukuwe. Rayons na Kiyozu ziracakirana kuri uyu wa Kane. Imikino y’igikombe cy’amahoro yasubukuwe kuri uyu wagatatu bakina imikino ibanza aho kigeze muri 1/4 cy’irangiza. Mu mukino umwe rukumbi wabaye ejo wahuje ikipe ya Mukura VS na AS Kigali warangiye amakipe yombi aguye miswi 0-0. Iki gikombe giterwa inkunga na sosiyete y’itumanaho mu Rwanda MTN indi mikino irakomeza kuri uyu wakane ku bibuga bitandukanye. FC Marines irakira Police FC kuri Stade umuganda, ikipe ya Police irajya Rubavu ishaka intsinzi ndetse no kwihorera ku ikipe yayibujije amanota atatu yari gutuma itwara igikombe cya shampiyona. Umukino utegerejwe kurusha indi uyu munsi urahuza amakipe ahora ahanganye kuva yashingwa Kiyovu Sports na Rayon Sports kuri stade Amahoro. APR FC ifite igikombe cya shampiyona irakina na Sec Academy ishaka kongera ikindi gikombe cyayo mu bubiko bwayo ariko nanone aya makipe y’abana akina umukino mwiza akaba yaragoye iyi kipe. Dore uko amakipe ahura uyu munsi taliki 21 Kamena 2012 FC Marines VS Police Stade Umuganda 15H30 APR FC VS SEC Academy Amahoro 15H00 Kiyovu Sports VS Rayon Sports Amahoro17H00 Rutaganda Ponny.
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "vec_Latn", "zho_Hant", "run_Latn", "scn_Latn" ]
allowed
4c3a07cac869b18abdb87fd99b9e0a4a
keep
[]
[ 7, 9, 10, 10, 10, 9.7, 10, 0, 0 ]
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029040749-03692.warc.gz
495,282,306
7,425
30,277
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1205280929
text/html
2012-10-29T04:16:40
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "lug_Latn" ]
[ 0.9965, 0.0035, 0 ]
Abakinnyi 19 mu Butaliyani ,batawe muri yombi bazira ruswa. Shampiyona yo mu gihugu cy’Ubutaliyani yongeye kugaragaramo ibikorwa byo kugura imikino binyuze mu bakinnyi. Abagera kuri 19 bakaba bamaze gufungwa bazira ruswa bariye ngo batsindishe amakipe bakinira. Mu bakinnyi batawe muri yombi na polisi yo mu Butaliya harimo kapiteni w’ikipe ya Lazio Rome, Stefano Mauri hamwe na Criscito wahamagawe mu ikipe y’igihugu izerekeza mu gikimbe cy’Ubulayi. Aba bantu 19 bahagaritswe bararegwa kugira uruhare mu gufasha abantu batega amafaranga ku mikino, kuba batsinda cyagwa bagatsindisha amakipe. Nta ari abakinnyi gusa bakurikiranyweho ibi byaha kuko n’umutoza wa Juventus Antonio Conte, polisi yabyutse isaka aho atuye. Uyu we akaba akekwaho kurya ruswa umwaka ushize igihe yatozaga Sienne yo mu cyiciro cya kabiri. Iyi ikaba ari incuro ya gatatu hahagaritswe abantu muri shampiyona y’Ubutaliyani bazira kurya ruswa nyuma y’ukwezi kwa 11/2011 na Mata 2012. Ibi bibazo bikaba byaratangiye kugaragara muri iyi shampiyona y’Ubutaliyani muri 1980 ubwo AC Milan yahamwaga n’icyaha igasubizwa mu cyiciro cya kabiri no muri 2006 ubwo Juventus yamburwaga ibikombe bibiri igasubira mu cyiciro cya kabiri izira guha ruswa abasifuzi. Ruswa ikomeje kugaragara muri iyi shampiyona ikaba itangwa n’udutsiko twa Mafia n’abakinnyi baba bashese ku mikino. Shampiyona y’Ubutaliyani ikaba iri gusubira inyuma izira ibihano bigenda bitangwa n’amanyanga atuma amakipe atsinda bitari ngombwa. Nyamara iyi shampiyona niyo yahoze iri muzikomeye ku mugabane w’Ubulayi. Source :7sur7 Rutaganda Ponny
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "fra_Latn", "scn_Latn" ]
allowed
d4910abc0fe7bcd68a626253ca500d57
keep
[]
[ 7.9, 10, 10, 10, 10, 9.9, 10, 0, 0 ]
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029040749-03692.warc.gz
519,206,873
7,498
30,304
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1205040356
text/html
2012-10-29T04:18:39
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "lug_Latn" ]
[ 0.9827, 0.0173, 0 ]
Amavubi U-20 bafite icyizere cyo gutsinda Namibiya kuri uyu wagatandatu. Ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 20 barakira Namibiya kuri uyu wa gatandatu mu mukino wo kwishyura mu majonjora y’igikombe cya Afurika kizabera Algeriya. Umukino ubanza Amavubi yatahanye intsizi muri Namibiya n’impamba y’ibitego bibiri. Amavubi y’abatarengeje imyaka 20 akaba afite icyizere cyo gukomeza nyuma yo kwitwara neza mu mukino ubanza bagatsindira Namibiya Iwayo. Ibitego biri hanze ni impamba ikomeye abasore b’amavubi bagomba kurwanaho mu mukino wo kwishyura byaba byiza bakanarenzaho ibindi. Ikipe ya Namibiya yageze mu Rwanda kuwa gatatu taliki 2 Gicurasi iri kwitegura uyu mukino, uyu munsi akaba aribwo bari bwitoreze ku kibuga bazakiniraho (stade Amahoro). Namibiya n’ubwo yatsindiwe iwayo ifite abakinnyi bakomeye bakina mu makipe yo muri Afurika y’epfo, kuburyo Amavubi atakwirara. Nkuko umutoza wa Namibiya Ricardo Mannetti yatangarije ikinyamakuru newtimes Namibiya ntago ije gutembera kuko izakora ibishoboka byose ngo igore Amavubi. Uyu mutoza akaba yongeyeho ko ikipe ye idafite ubunararibonye mu mikino mpuzamahanga nk’ubwo Urwanda rufite ariko ko bazagerageza gushaka intsinzi. Kuruhande rw’Amavubi y’abatarengeje imyaka 20 umutoza wayo Richard Tardy asanga ikipe yariteguye bihagije dore ko nta mukino bigeze bakina kuva bava muri Namibiya. Amavubi akaba aherutse kongerwamo amaraso mashya ubwo Rusheshangoga nawe yageraga mu myitozo mu ntagiriro z’iki cyumweru aje gufatanya na bagenzi be. Photo: Orinfor Rutaganda Ponny.
[ "kin_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "fra_Latn", "scn_Latn" ]
allowed
3b7b962da64eb13c072afa3e4feec9a7
keep
[]
[ 6.2, 7.6, 10, 10, 10, 10, 10, 1, 0 ]
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029040749-03692.warc.gz
520,600,866
7,443
30,322
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1205011026
text/html
2012-10-29T04:18:44
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "kik_Latn" ]
[ 0.9991, 0.0009, 0 ]
Ikipe y'igihugu y'Ubwongereza yabonye umutoza mushya. Nyuma y’uko uwari umutoza w’ikipe y’igihugu cy’Ubwongereza, umutaliyani Fabio Capello yeguye kubera ikibazo yagiranye na kapiteni w’iyi kipe John Terry mu kwezi kwa kabiri uyu mwaka,Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu gihugu cy’ubwongereza ryatangaje ko Roy Hodgson ariwe mutoza mushya w’ikipe y’igihugu y’ubwongereza. Iki cyemezo cyo gushyiraho Roy Hodgson kikaba cyatunguye abantu benshi dore ko ibinyamakuru bitandukanye byo muri iki gihugu ndetse n’abakinnyi ubwabo, bakekaga ko Henry Redknap wari usanzwe utoza ikipe ya Tottenham hot spurs ari we uzaba umutoza w’ikipe y’igihugu. Ku munsi w’ejo nibwo hatangajwe ko uyu mugabo Roy Hodgson wari usanzwe ari umutoza w’ikipe ya West Bromwich ariwe ugiye kuba umutoza mukuru w’ikipe y’igihugu y’ubwongereza. Roy Hodgson umugabo w’imyaka 64 y’amavuko azwiho kuba afite uburambe mu kazi k’ubutoza haba mu makipe(clubs)ndetse n’ikipe z’ibihugu aho yajyanye ikipe y’ubusuwisi(Suisse)mu gikombe cy’isi cyo mu w’1994 ndetse no muri Euro 1996. Mu mwaka w’2000 Roy yiyamamarije gutoza ikipe y’igihugu y’ubwongereza aruko atsindwa n’uwitwa Sven Goran Eriksson we ahita yerekeza muri Danmark aho yagiye gutoza ikipe ya FC Copenhagen. Mu mwaka wa 2008 yatoje ikipe ya Fulham mu Bwongereza ayivamo muri 2010 yerekeza mu ikipe ya Liverpool atamazemo igihe kinini ari ho yaje kuva yerekeza mu ikipe ya Westbromwich ari nayo yatozaga Kugeza ubu. Uyu mutoza ahawe inshingano zikomeye zo kugarurira icyizere ikipe y’igihugu y’ubwongereza yari imaze igihe ititwara neza. Robert MUSAFIRI.
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "swh_Latn" ]
allowed
189b7994c30d3399f5796fc5ce569742
keep
[]
[ 6.3, 10, 10, 9.7, 7.9, 9.9, 10, 3, 0 ]
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029040749-03692.warc.gz
557,350,160
8,131
32,991
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1206290251
text/html
2012-10-29T04:19:52
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "lug_Latn" ]
[ 0.9979, 0.0021, 0 ]
Balotelli yateye Abadage agahinda nyuma yo kubasezerera muri EURO 2012.(VIDEO) Ikipe y’igihugu y’Ubutaliyani yaraye isezereye ikipe y’Abadage mu gikombe cya EURO 2012 ibifashijwemo n’igihangange Mario Balotelli kubera ibitego bibiri yatsinze muri uyu mukino. Ku munota wa 20 w’igice cya mbere cy’umukino nibwo Balotelli yashyizemo igitego cya mbere gusa nticyaciye integer abadage n’ubwo kucyishyura byabaye ingorabahizi. Uyu mukinnyi Balotelli yakoze akazi gakomeye muri uyu mukino nkuko nawe yabitangarije ibinyamakuru bitandukanye nyuma yo gusezerera abadage. Ikipe y’abadage yarushwaga cyane n’Ubutaliyani nkuko imibare ku mateleviziyo yagiye ibyerekana. Ku munota wa 36 w’igice cya mbere, uyu mukinnyi ,Balotelli usanzwe ukinira ikipe ya Manchester City yashyizemo igitego cya kabiri maze abadage bacika intege bya nyabyo. Uyu mukino wabonetsemo amakarita y’umuhondo atanu harimo n’iyahawe Mario Balotelli wabaye ingorabahizi ku bakinnyi b’Ubudage. Kwishyura ibi bitego 2 Balotelli yabatsinze ntibyashobotse gusa ku munota wa 90 w’umukino nibwo Ozil yashyizemo igitego cya mbere cyabonetse kuri penaliti ,ni nacyo cyabaye impozamarira ku Badage, umukino urangira utyo ari ibitego 2 by’Ubutaliyani kuri 1 cy’Abadage. Ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’uburayi uzahuza amakipe yabiharaniye ariyo Ubutaliyani na Esipanye. Aya makipe yombi azakizwa n'ifirimbi ya nyuma kuri iki cyumweru tariki ya 1/7/2012. Umusifuzi w'uyu mukino ntaramenyekana. REBA HANO UKO BALOTELLI YANDAGAJE ABADAGE: REBA HANO MU MAFOTO UKO BYARI BYIFASHE: Uyu musore niwe watumye ubutaliyani bugera ku mukino wa nyuma. Munyengabe Murungi Sabin.
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "jav_Latn" ]
allowed
04f956fa6e373f71dabfe306bc7bc09d
keep
[]
[ 7.7, 9.3, 10, 10, 10, 9.9, 10, 3, 0 ]
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029040749-03692.warc.gz
567,099,209
7,165
29,638
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1205300501
text/html
2012-10-29T04:20:49
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "kik_Latn" ]
[ 0.9948, 0.0052, 0 ]
NBA Play-offs: San Antonio yongeye gutsinda Oklahoma mu mukino wa kabiri 120-111. Imikino ya nyuma muri bice bibiri bikina NBA muri Amerika irakomeje, mu gice cy’Uburengerazuba haraye hakinwe umukino wa kabiri. Ikipe ya San Antonio yongeye gutsindira ku kibuga cyayo amanota 120-111 ya Oklahoma Thunder. San Antonio imaze imikino igera kuri 20 idatsinzwe yihanangirije Oklahoma mu mukino wa kabiri mbere y’uko berekeza ku kibuga cya Oklahoma bazakiniraho imikino itatu yose. Impamba y’imikino ibiri ikazafasha San Antonio iramutse igize umukino itsindira ku kibuga cya Oklahoma. Muri uyu mukino Tony Parker niwe wigaragaje atsinda amanota 34 wenyine ku ruhande rwa San Antonio. Oklahoma Thunder ikaba ikomeje gutungurwa nyuma yo gusezerera amakipe akomeye nka Lakers na Dallas Mavericks. Dore uko abakinnyi batsinze: San Antonio Spurs : Tony Parker 34, Manu Ginobili 20, Kawhi Leonald 18 Oklahoma Thunder : Kevin Durant 31, James Harden 30, Russel Westbrook 27 Rutaganda Ponny
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "srd_Latn", "zho_Hans", "scn_Latn" ]
allowed
66ad308c28d5bb9d628a4fdd4c923964
keep
[]
[ 6.4, 8.4, 10, 10, 10, 9.5, 10, 0, 0 ]
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029040749-03692.warc.gz
661,643,247
7,364
29,985
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1207010437
text/html
2012-10-29T04:22:56
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "hau_Latn" ]
[ 0.9976, 0.0025, 0 ]
MTN PEACE CUP: APR FC izahura na Police FC ku mukino wa nyuma. Ikipe ya APR FC ibonye itike yo gukina umukino wa nyuma w’igikombe cy’amahoro nyuma yo gusezerera Rayon Sports iyitsinze igitego 1-0 mu mukino wo kwishyura. Umukino ubanza APR FC yari yanyagiye Rayon Sports ibiteg 3-1. Bitandukanye n’indi mikino isanzwe ihuza aya makipe, umukino w’uyu munsi wari utegerejwe n’abantu benshi cyane cyane kubera Ibibazo byavuzwe mu ikipe ya Rayon Sports aho abakinnyi banditse basaba ko umutoza Ntagwabira yakwegura. Umukino watangiye I saa kumi n’ebyiri kuri stade Amahoro Rayon Sports yatunguye abantu bumvaga iri butsindwe byinshi ikina neza ndetse igaragaza ikizere ko kwishyura ibitego 2. Igice cya mbere cyarangiye amakipe yombi anganya 0-0 ariko APR FC niyo yagiye ihusha uburyo bwo gutsinda ku makosa yakorwaga n’umuzamu wa Rayon Sports Kabuya. Igice cya kabiri bakomeje gusatirana ariko APR FC aba ariyo ifungura amazamu igitego cyatsinzwe na Papy Faty atunguye ba myugariro ba Rayon Sports bari bazi ko yaraririye. Ikipe ya Rayon Sports nayo yaje kubona penaliti ku ikosa ryakorewe Cedric mu rubuga rw’amahina. Bokota Labama niwe wateye iyi penaliti ariko umuzamu Ndoli Jean Claude awukuramo. APR FC yahise ibona itike yo gukina umukino wa nyuma ikazacakirana na Police FC yasezereye AS Kigali kuri uyu wagatandatu barebye ibitego yatsindiye hanze kuko bari banganyije 2-2. Rutaganda Ponny
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "scn_Latn" ]
allowed
29c62794d2c3fea05a229c9ca25d1ee7
keep
[]
[ 7, 8.7, 10, 10, 10, 10, 10, 0, 0 ]
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029040749-03692.warc.gz
663,707,117
7,408
30,258
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1205310247
text/html
2012-10-29T04:23:05
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "lug_Latn" ]
[ 0.9898, 0.0102, 0 ]
Amavubi yongeye kubura intsinzi yashakishaga ku mukino wa gicuti na Chad. Ikipe y’igihugu Amavubi yongeye kubura intsinzi mu mukino wa gicuti wa nyuma yakinnye na Chad mbere y’uko yerekeza muri Algeriya. Umukino ukaba urangiye abasore batozwa na Micho banganyije na Chad igitego 1-1. Aba nibo bakinnyi b'Amavubi niyo babanjemo. Amavubi yakinishije amakipe abiri mu bice byombi, igice cya mbere habanjemo abakinnyi bakomeye bakinnye umupira mwiza ariko kirangira ari ubusa ku busa. Mu gice cya kabiri habayeho gusimbuza hinjira indi kipe yiganjemo abakinnyi bakiri bato n’abandi batamenyerewe cyane mu ikipe y’igihugu Amavubi. N’ubwo ikipe yakinnye igice cya mbere ariyo yoroshye ugereranyije n’iya mbere, niyo yafunguye amazamu. Igitego rukumbi cy’Amavubi, cyatsinzwe na Emran Nshimiyimana. Ikipe ya Chad. Chad yaje kwishyura iki gitego ku ikosa ryakozwe imbere y’izamu, batera umupira ugakubita kuri Iranzi akitsinda. N’ubwo iyi kipe yitwaye nabi mu mikino ya gicuti imaze iminsi ikina mu rwego rwo kwitegura Aligeriya, kapiteni w’Amavubi Karekezi Olivier arizeza abanyarwanda ko bazitwara neza imbere y’Aligeriya mu mpera z’iki cyumweru turimo. Tubibutse ko umukino ubanza uzahuza amavubi n’Aligeriya mu guhatanira itike y’igikombe cy’isi 2014 uzaba kuri uyu wagatandatu tariki 2 Kamena 2012. Rutaganda Ponny.
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "swh_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "scn_Latn" ]
allowed
45bea0aa4a2ca6e76f635b2d74cd0ac9
keep
[]
[ 7.1, 8.9, 10, 10, 10, 10, 10, 0, 0 ]
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029040749-03692.warc.gz
678,238,289
7,404
30,121
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1207230335
text/html
2012-10-29T04:24:17
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "lug_Latn" ]
[ 0.9969, 0.0031, 0 ]
Basketball Akarere ka gatanu: abahungu b'u Rwanda rwatwaye igikombe. Imikino y’akarere ka gatanu mu mukino w’intoki Basketball mu bana batarengeje imyaka 18 yabaye mu mpera z’icyumweru gishize, ikipe y’ u Rwanda mu bahungu niyo yegukanye igikombe. Iri rushanwa ryari ryitabiriwe n’ibihugu bibiri gusa Kenya n’ u Rwanda, hakinwe imikino ibiri mu bahungu n’abakobwa yabaye kuwa gatandatu no ku cyumweru. Imikino yabaye kuwa Gatandatu amakipe ahagarariye u Rwanda yose yaratsinze. Abahungu bihereranye Kenya bayitsinda amanota 68-29, abakobwa batsinda 54-50. Ku cyumweru imikino yarakomeje ariko abakobwa ntibabasha kwitwara neza kuko batsinzwe na Kenya amanota 71-58 Kenya ihita yegukana igikombe. Mu bahungu Urwanda rwongeye kunyagira Kenya amanota 96-34 umukino washimishije abafana bari bawitabiriye ari benshi. Ikipe y’abahungu yegukanye igikombe nyuma y’imyiteguro ihagije ndetse irusha cyane Kenya yari yakoze urugendo rurerure ikagera mu Rwanda ikererewe. Minisitiri w’Umuco na Siporo Protais Mitali niwe washyikirije igikombe abasore b’u Rwanda batarengeje imyaka 18 bigaragara ko bitawe bakabona n’amakipe akomeye u Rwanda rwazaba rufite ikipe ikomeye mu minsi iri imbere. Ifoto: The New Times. Rutaganda Ponny.
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "eng_Latn", "scn_Latn" ]
allowed
f587f364d11152e3cf04ee6fd91f6e08
keep
[]
[ 7.9, 10, 10, 10, 10, 9.9, 10, 0, 0 ]
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029040749-03692.warc.gz
764,652,511
7,577
30,532
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1208111023
text/html
2012-10-29T04:25:27
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "lug_Latn" ]
[ 0.9978, 0.0022, 0 ]
Ntucikwe n'umukino ugiye guhuza Mali n'Amavubi U-20 Mu mwanya muto ku isaha ya saa kumi n’ebyiri z’umugoroba, ruraba rwambikanye hagati y’ikipe y’Amavubi y’abatarengeje imyaka 20 n’ikipe y’igihugu ya Mali. Ni umukino utoroshye mu rugamba rwo gushaka tike yo gukina imikino yanyuma y'igikombe cy'afurika kizaba 2013 muri Algeria. Nyuma yo kwitwara neza mu mukino ubanza i Kigali, ikipe y'u Rwanda irajya muri uyu mukino ifite impamba y'igitego kimwe gusa nyuma yaho umukino ubanza warangiye Amavubi U-20 atsinze Mali 2 kuri 1. Ibitego byatsinzwe na Emmanuel Sebanani na Patrick Umwungeli. Amakuru aturuka mu mujyi wa Bamako ho muri Mali ari naho uyu mukino ugiye kubera, avuga ko Richard Tardy,umutoza w’Amavubi, atangaza ko ikipe ye iri bukine uyu mukino ishaka intsinzi kuko ashaka ko igihugu cy'u Rwanda kigera mu cyiciro cya gatatu ari na cyo cya nyuma mu guhatanira itike yo kujya mu mikino y’igikombe cy’Afurika kizakinirwa muri Algeria umwaka wa 2013. Ku rutonde rw’abakinnyi 18 uyu mutoza yitwaje, kuri ubu yamaze gushyira ahagaragara urutonde rw’abakinnyi 11 bagiye kubanza mu kibuga muri uyu mukino. Abo bakinnyi ni : Kwizera Olivier- Salomon ,Emery, Francois, Rusingizandekwe-Zidan, Titi, D'Amour ,Tibingana, Bonfils, Crespo Amavubi, arasabwa kunganya na Mali kugirango ishobore kugera mu cyiciro cya nyuma cy’aya majonjora aho yahura n'ikipe izagutsinda hagati ya Lesotho na Zambia. Uyu mukino uratangira ku isaha ya saa kumi n’ebyiri zuzuye ku isaha y’i Kigali. Murabasha kuwukurikirana kuri Radio Isango Star, ivugira kuri 91.5. Munyengabe Murungi Sabin.
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "jav_Latn" ]
allowed
2497ebdb4cc1844fe4f574b54698325b
keep
[]
[ 7.7, 9.8, 10, 9.5, 10, 9.9, 10, 3, 0 ]
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029040749-03692.warc.gz
767,554,300
7,262
29,812
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1208080526
text/html
2012-10-29T04:25:40
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "lug_Latn" ]
[ 0.983, 0.017, 0 ]
Abakinnyi 18 b'Amavubi batarengeje imyaka 20 berekeje muri Mali. Abakinnyi 18 bagize ikipe y’igihugu Amavubi y’abatarengeje imyaka 20 berekeje muri Mali aho bagomba kuzakina umukino wo kwishura uzabera mu mujyi wa Bamako kuri uyu wa gatandatu tariki ya 11 Kanama 2012. Iyi kipe izakina uyu mukino mu rwego rwo gushakisha itike yo kujya mu gikombe cy’Afurika ku bakinnyi bari munsi y’imyaka 20 kizaninwa mu mwaka 2013. Ku isaha ya saa munani na 40 za mu gitondo, nibwo aba bakinnyi b’Amavubi U-20 bahagurutse i Kigali berekeza i Bmako ari naho hagomba kuzabera uyu mukino uzabahuza na Mali. Urutonde rw’abakinnyi 18 berekeje muri Mali mu ijoro ryakeye: 1. Olivier Kwizera 2. Steven Ntalibi 3. Michel Rusheshangoga 4. Francois Hakizimana 5. Tibingana Charles Mwesigye 6. Bonny Bayingana 7. Tumaine Ntamuhanga 8. Patrick Sibomana 9. Patrick Umwungeli 10. Emmanuel Sebanani 11. Eric Nsabimana 12. Emery Bayisenge 13. Robert Ndatimana 14. Bonfils Kabanda 15. Jean Marie Rusingizandekwe 16. Hamdan Bariyanga 17. Jean d’Amour Uwimana 18. Julius Bakkaburindi. Munyengabe Murungi Sabin.
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "zho_Hans", "ltz_Latn", "ind_Latn", "lug_Latn", "lug_Latn", "kin_Latn", "lin_Latn", "run_Latn", "swh_Latn", "run_Latn", "lug_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "ltz_Latn", "zsm_Latn", "run_Latn", "fao_Latn", "jav_Latn" ]
allowed
f17a3f88f6e5f051425619e1a25cafef
keep
[]
[ 6, 8.8, 10, 9.6, 10, 8.8, 10, 1, 0 ]
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029040749-03692.warc.gz
855,070,969
7,744
31,476
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1208150300
text/html
2012-10-29T04:26:50
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "sna_Latn" ]
[ 0.9989, 0.0011, 0 ]
Mbuyu Twite azajya arindwa nka perezida muri Tanzaniya Nyuma yo gusinya amasezerano mu makipe abiri akomeye mu gihugu cya Tanzaniya Simba SC na Yanga Africa, myugaririo w’Amavubi Mbuyu Twite akomeje guteza urwikekwe hagati y’aya makipe ndetse Simba SC ikaba yiteguye kugeza iki kibazo muri FIFA. Nkuko bitangazwa n’ikinyamakuru Championi ikipe ya Simba SC niyo yabanje gusinyisha uyu musore ku kayabo k’amafaranga ibihumbi 30 by’amadolari hafi miliyoni 19 z’amanyarwanda. Nyuma yo guhabwa aya mafaranga ikipe ya Yanga Africa yaciye inyuma imuha amadolari ibihumbi 50 ndetse bivugwa ko yahise inagura impanga ye Kabange Twite. Nyamara ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Tanzaniya TFF riratangaza ko nta kipe n’imwe yari yandikisha uyu musore nk’umukinnyi wayo. Mu kinyamakuru championi cyasohotse muri iki gitondo kirahamya ko Mbuyu Twite naramuka akiniye ikipe ya Yanga Africa azajya arindwa bikomeye bitewe n’uburakari bw’abafana ba Simba SC. Mbuyu Twite wari warangije amasezerano mu ikipe ya APR FC yakiniye imyaka 6 ngo azajya arindwa nka perezida mu myitozo no hanze y’ikibuga kugirango hatagira umuhohotera. Source: Globalpublisher.info Rutaganda Ponny.
[ "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "hne_Deva", "scn_Latn" ]
allowed
a67ae359a7bdba4c787505684c63ca65
keep
[]
[ 6.1, 7.6, 10, 10, 10, 10, 10, 0, 0 ]
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029040749-03692.warc.gz
860,441,018
8,145
32,184
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1208140759
text/html
2012-10-29T04:27:08
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "hau_Latn" ]
[ 0.9751, 0.0249, 0 ]
Rayon Sport ishobora gusubira ku ivuko Ikipe ya Rayon Sport ishobora kuba igiye kubarizwa i Nyanza ari naho ikomoka, ikazajya iterwa inkunga n’Akarere. Mu kiganiro n’ikinyamakuru Izuba Rirashe, Umunyamabanga Mukuru w’ikipe ya Rayon Sport, Gakwaya Olivier yatangaje ko ikipe izasubira ku ivuko mbere y’ukwezi kwa Nzeli kugira ngo irusheho kwiyubaka. Gakwaya yakomeje avuga ko Akarere ka Nyanza, kazahita kaba umuterankunga mukuru w’ikipe bityo Rayon Sport ikajya ikinira imikino ikomeye mu Mujyi wa Kigali, ariko isanzwe ikayikinira i Nyanza mu Ntara y’Amajyepfo. Umunyamabanga Mukuru wa Rayon, avuga ko basanze ari bwo buryo bwiza bwo gufasha ikipe kwiyubaka ari yo mpamvu yatumye bafata icyo cyemezo. Umuyobozi w’Akarere ka Nyanza Abdallah Murenzi avuga ko bakiga kuri icyo gitekerezo bakareba niba koko bazakomeza gufasha Nyanza FC cyangwa bagafasha Rayon Sport. Murenzi Umuyobozi w’Akarere ka Nyanza avuga ko bakiga kuri icyo cyemezo umwanzuro wa nyuma ukazatangwazwa mbere y’ukwezi kwa Nzeli nyuma y’inama itegurwa yo kubyigaho neza. Mu gihe Akarere kafata umugambi wo gufasha ikipe ya Rayon Sport ikipe ya Nyanza FC yahita isezera mu cyiciro cya mbere mu kwezi gutaha. Nyanza FC isenyutse yaba ije ikurikira amakipe nka Electrogaz na Atraco zasenyutse mu myaka ya shize. Source:Izuba rirashe. Munyengabe Murungi Sabin.
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "jav_Latn" ]
allowed
b1f5b79e532723eff8ecb24c8f551a05
keep
[]
[ 6.9, 8.5, 10, 10, 10, 10, 10, 1, 0 ]
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029040749-03692.warc.gz
868,119,471
7,251
29,745
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1209020109
text/html
2012-10-29T04:27:49
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "lug_Latn" ]
[ 0.9953, 0.0047, 0 ]
FEASSA ibigo byo mu Rwanda byatashye amara masa Kuri uyu wa gatandatu taliki ya 1 Nzeli nibwo hakinwe imikino isoza irushanwa rya FEASSA ryahuzaga ibigo by’amashuri yisumbuye mu mikino itandukanye. Amakipe agera kuri ane yo mu Rwanda niyo yabashije kubona itike yo gukina imikino ya nyuma ariko yose nta n’imwe yabashije gutwara igikombe. Iri rushanwa ryari rimaze icyumweru ribera mu mujyi wa Bujumbura I Burundi, ibigo bihagarariye Urwanda byari byakomeje kwitwara neza ariko imikino ya nyuma irabigora. Muri Handball amakipe yo mu Rwanda abiri yageze ku mukino wa nyuma, mu bahungu ESEKI Kigoma yatsinzwe na Lubiri no mu bakobwa APAPEKI itsindwa na Lubiri yo muri Uganda. Muri Volleyball GSOB Indatwa batsinzwe na Cheptil yo muri Kenya amaseti atatu ku busa 3-0 mugihe iyi kipe bari bayitsinze mu mikino y’amatsinda amaseti 3-2. Umukino wa nyuma mu mupira w’amaguru abakobwa ikipe ya Solidarity Academy yahabwaga amahirwe yo kwegukana igikombe yatunguwe na Kawempe Muslims yo muri Uganda iyitsinda kuri penaliti mugihe igihe cy’umukino cyarangiye banganya 1-1. Tubibutse ko umwaka ushize ibigo byo mu Rwanda byari byabashije gutahana ibikombe bibiri mu mukino wa Handball. Rutaganda Ponny.
[ "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "scn_Latn" ]
allowed
77540a191d26abda3b30aee644f038eb
keep
[]
[ 7.8, 9.6, 10, 10, 10, 10, 10, 1, 0 ]
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029040749-03692.warc.gz
868,832,527
7,199
29,647
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1205220902
text/html
2012-10-29T04:27:54
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "kik_Latn" ]
[ 0.9972, 0.0027, 0 ]
NBA Play-offs: Oklahama Thunder ku mukino wa nyuma na San Antonio Spurs. Amakipe azakina umukino wa nyuma muri NBA play-offs igice cy’iburengerazuba yamenyekanye. Nyuma yo gusezerera Los Angeles Lakers ikipe ya Oklahama Thunder yageze ku mukino wa nyuma aho izahura na San Antonio Spurs. Ku ncuro ya kabiri yikurikiranya Oklahoma Thunder igeze ku mukino wa nyuma, umwaka ushize yatsinzwe na Dallas Mavericks yanatwaye shampiyona ya NBA. Kobe Bryant wakoze ibishoboka byose atsinda amanota 42 muri uyu mukino ntago byari bihagije kuko Lakers yatsinzwe ku manota 106-90 igahita inasezererwa ku mikino 4-1. Oklahama Thunder ikaba yaheshejwe intsinzi na Russel Westbrook winjije amanota 28 na Kevin Durant winjije amanota 25. Thunder izahura ku mukino wa nyuma na San Antonio nayo yabonye itike yo gukina umukino wa nyuma itsinze Memphis imikino 4-0 idakozemo. Mu gice cy’uburasirazuba ruracyageretse hagati ya Boston Celtics na Philadelphie aho Celtics imaze gutsinda imikino 3-2. Mugihe Miami Heat na Indiana Peacers zinganya imikino 2-2. Source: sports.fr Rutaganda Ponny
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "eng_Latn", "scn_Latn" ]
allowed
5bf0fa5d4a9be6acf49d72ecede178e5
keep
[]
[ 7.8, 10, 10, 10, 10, 9.8, 10, 0, 0 ]
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029040749-03692.warc.gz
876,725,052
8,171
31,921
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1205170252
text/html
2012-10-29T04:28:43
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "lug_Latn" ]
[ 0.9795, 0.0205, 0 ]
Amavubi yafashe umunota wo kwibuka Patrick Mafisango mbere y'imyitozo. Ikipe y'igihugu Amavubi yafashe umunota wo kwibuka umukinnyi Mafisango Mutesa Mafisango a.k.a Patriote mu muhango wabereye kuri Sitade Amahoro mbere y'imyitozo yabaye kuri uyu wa kane nimugoroba. Abakinnyi b'Amavubi bibutse Patrick Mafisango mbere yo gukora imyitozo. Uyu muhango witabiriwe n'abayobozi ba federasiyo y'umupira wa maguru mu Rwanda, Ministeri ifite sipori n'umuco mu nshingano (MINISPOC) ndetse n'abakunzi ba ruhago hano mu Rwanda. Mafisango witabye imana mu gitondo cyo kuri uyu wa kane yanyuze mu makipe nka APR, Atraco, Azam na Simba kandi zose asiga azihesheje ibikombe bya shampiyona. Nubwo yari amaze umwaka adakinira ikipe y’igihugu Amavubi, Mafisango yitabye imana hari hashize iminsi igera kuri itatu ahamagawe n'umutoza Sredojovic Milutin Micho kugirango azaze kwifatanya n'abandi mu gutegura imikino y'amajonjora y'igikombe cy'isi cya 2014 kizabera muri Brazil. Jean Marie Ntagwabira watoje Mafisango muri APR ndetse na Atraco yavuze ati, "Sinabona icyo navuga cyangwa ngo ndeke kuri Mafisango. Yari umukinnyi wahoranaga ishyaka, ukunda abantu bose, uhora ashaka gutsinda kandi aho namukinishaga, nahakuraga itsinzi." Yakomeje agira ati:"Kuba atuvuyemo reka, biduhe ishyaka ryo gukora cyane kugirango dushobore kumushimisha aho ari hose. Ntituzacika intege, tugiye kurushaho gukora kugirango ibi byago dushobore kubivamo neza." Umutoza mukuru w’ Amavubi Micho nawe yagize ati, "Mubuzima, umuntu aravuka, akabaho ndetse akanapfa. Kuri Mafisango umuntu yamuvugaho byinshi ariko yashoboye gukina imikino myinshi kandi atwara ibikombe byinshi." Abasore b'Amavubi byabarenze babura icyo bavuga! Micho yashoje avuga ati: "Mureke tujye dushimira ibyo twagezeho mu buzima." Kubera agahinda kenshi, abakinnyi ntibashoboye kugira icyo bavuga. MINISPOC na FERWAFA bavuze ko bazashyiraho umukino wo kwibuka Mafisango kugirango ashimirwe ku mugaragaro ndetse bashobore no gufasha umuryango we. Twabibutsa ko Mafisango yitabye Imana azize impanuka y’imodoka yabereye ahantu hitwa Tazara mu mujyi wa Dar es Salaam ubwo yageragezaga guhunga umuntu wari utwaye moto, maze imodoka ye ihita ibiranduka mu muferege. Simba SC n'abakunzi b’umupira w’amaguru muri Tanzania barasezera umubiri wa nyakwigendera Mafisango mu muhango uza kubera ahitwa Leaders club kinondoni - mu mujyi wa Dar es Salaam kuri uyu wa gatanu tariki ya 18/05/2012. Mafisango akaba yarafashije ikipe ya Simba kwegukana igikombe cya shampiyona uyu mwaka ndetse atsinda ibitego 12. Nyuma yo gusezera ku mubiri wa Mafisango bazerekeza ku kibuga cy’indege, hanyuma yerekezwe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu gihugu yavukiyemo mu rucyerera rwo kuwa gatandatu hanyuma ashyingurwe ku cyumweru i Kinshasa. Source:Ferwafa. Rutaganda Ponny.
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "fra_Latn", "scn_Latn" ]
allowed
ea56ce1c47f6791c36f164a7c49c07ee
keep
[]
[ 6, 7.4, 10, 10, 10, 10, 10, 1, 0 ]
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029040749-03692.warc.gz
878,126,225
8,393
33,206
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1208291100
text/html
2012-10-29T04:28:52
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "hau_Latn" ]
[ 0.9996, 0.0004, 0 ]
Real Madrid yigaranzuye FC Barcelone itwara igikombe cya Super Cup Mu mukino wo kwishyura waraye ubaye kuri uyu wa Gatatu Tariki 29 Kanama 2012, ikipe ya Real Madrid niyo yaraye itwaye igikombe cya Super Cup nyuma yo gutsinda Barcelone mukeba wayo w’ibihe byose ibitego 2-1. Mu mukino ubanza wari wabereye kwa Barcelone, Real yari yatsinzwe ibitego 3 kuri 2 byateranywa bikaba 4-4. Gusa, Real ikaba yatwaye igikombe kuko yatsinzwe bike iwayo. Higuain wa Real niwe wafunguye amazamu ku munota wa 10 ndetse na Ronaldo yongeramo icya kabili ku munota wa 19, bituma iyi kipe irushaho kugira ingufu na morale mu bakinnyi. Gusa, mbere y’uko igice cya Mbere kirangira ku munota wa 45 Messi nawe yaje kureba mu nshundura atsinda igitego kuri coup franc yateye neza cyane. Nyuma amakipe yakomeje guhatana ariko kureba mu izamu bibabera ibamba umukino urinda urangira utyo. Muri uyu mukino, umukinnyi mushya wa FC Barcelone wavuye muri Arsenal, Alexander Song yakinnye asimbura ku munota wa 75 asimbuye Sergio Busquets, naho ku ruhande rwa Real, Luka Modric nawe yakinnye muri iyi kipe bwa mbere asimbura ku munota wa 83 Mesut Ozil. Iyi ntsinzi ifite icyo ivuze cyane kuri Real Madrid cyane cyane ku mutoza Mourinho wari warananiwe kenshi gutsinda iyi kipe ya Barcelone. Jean Paul IBAMBE.
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "sag_Latn" ]
allowed
1f2c52d4808f488874db62bfa6cb275f
keep
[]
[ 7.2, 9.2, 10, 10, 10, 9.8, 10, 0, 0 ]
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029040749-03692.warc.gz
881,427,142
7,055
29,431
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1205190354
text/html
2012-10-29T04:29:13
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "lug_Latn" ]
[ 0.9998, 0.0002, 0 ]
AS Muhanga na Musanze FC ziracakirana ku mukino wa nyuma w'icyiciro cya kabiri. Shampiyona y’icyiciro cya Kabiri harakinwa umukino wa nyuma kuri uyu wagatandatu taliki 19 Gicurasi kuri sitade Amahoro I Remera. Uyu mukino urahuza AS Muhanga na Musanze FC zihatanira igikombe cy’iyi shampiyona. Aya makipe yombi azakina mu cyiciro cya shampiyona umwaka utaha araba ahatanira umwanya wa mbere n’igikombe cy’icyiciro cya kabiri. Ikipe ya Musanze FC ikaba yarageze ku mukino wa nyuma isezereye Esperance FC ku kinyuranyo cy’ibitego 2-0 mu mukino yombi ya 1/2. AS Muhanga nayo ikaba yarasezereye Gasabo United iyitsinze mu mukino wo kwishyura ibitego 3-0 mugihe umukino ubanza zari zanganyije 1-1. Uyu mukino uteganyijwe ku isaha ya saa cyenda n’igice 15:30 urabanzirizwa n’imyitozo y’ikipe y’igihugu Amavubi. Rutaganda Ponny.
[ "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "scn_Latn" ]
allowed
d3dd91ccc7f826a4b2dbc43af6078bd7
keep
[]
[ 6, 7.7, 10, 10, 10, 9.8, 10, 0, 0 ]
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029040749-03692.warc.gz
882,263,498
7,365
30,020
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1209020340
text/html
2012-10-29T04:29:17
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "lug_Latn" ]
[ 0.9809, 0.0191, 0 ]
Amavubi U17 yongeye gutsindwa na Nigeriya U17 3-0 Ikipe y’igihugu abatarengeje imyaka 17 yongeye gutsindwa na Nigeriya mu mukino wa kabiri wa gicuti wahuje aya makipe kuri iki cyumweru taliki ya 2 Nzeli 2012. Umukino wa mbere iyi kipe yari yari yatsinzwe ibitego 5-0. Ni mu rwego rwo kwitegura imikino y’amajonjora aho Amavubi agomba gukina n’ikipe izakomeza hagati ya Malawi na Botswana, umukino uzaba mu kwezi kwa Nyakanga. Nyuma yo gutsindwa na Nigeriya umutoza Richard Tardy aratangaza ko n’ubwo batsinzwe imikino yombi afite icyizere ko iyi kipe izabona tike yo gukina igikombe cya Afurika kizabera muri Maroc. Mu magambo ye yagize ati: “Iyi ni imikino ibiri zikomeye dukinye kuva twatangira imyitozo mu kwezi gushize. Gutsindwa bigaragaza y’uko dufite akazi kanini ko gutegura mbere y’uko dukina na Malawi cyangwa Botswana mu kwezi kwa cumi” Yakomeje ati: “Turasubira i Kigali twitegure neza dore ko ibibazo byagaragaye aho biri. Tugiye kurushaho kwitegura neza kugirango ikipe izabe ihagaze neza mu kwezi gutaha” Nkuko yabivuze koko baracyafite akazi kanini dore ko bataratsinda umukino n’umwe, biba byiza iyo wipimye n’abandi kandi bikagira icyo bigufasha mu myiteguro y’imikino ikurikira. Amavubi y’abatarengeje imyaka 17 ikazahaguraka Lagos muri Nigeriya kuri uyu wa mbere ku isaha ya saa moya z’igitondo bakagaruka gukomereza imyitozo hano mu Rwanda. Rutaganda Ponny.
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "scn_Latn" ]
allowed
c0595d222bd610c5a279b70f1c3b864a
keep
[]
[ 7, 8.7, 10, 10, 10, 10, 10, 0, 0 ]
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029040749-03692.warc.gz
887,117,892
7,017
29,251
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1205221022
text/html
2012-10-29T04:29:45
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "swh_Latn" ]
[ 0.9997, 0.0003, 0 ]
Jose Mourinho yongereye amasezerano muri Real Madrid. Umutoza Jose Mourinho wiyita The Special One yongereye amasezerano n’ikipe ya Real Madrid azarangira mu kwezi kwa kamena 2016. Mu itangazo ikipe ya Real Madrid yashyize ahagaragara impande zombi zikaba zumvikanye mu kuvugurura amasezerano bari bafitanye bakayongera kugeza 2016. Jose Mourinho umaze imyaka ibiri gusa muri Real Madrid yayihesheje igikombe cya shampiyona uyu mwaka cyari kimaze imyaka itatu cyarihariwe na FC Barcelone. Mourinho kandi yafashije ikipe Real Madrid kugera muri 1/2 cya Champions League basezerewemo na Bayern Munich. Source: 7sur7 Rutaganda Ponny
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "fra_Latn", "scn_Latn" ]
allowed
8e5f7ed8d9032148bd60a4b1eafe47e6
keep
[]
[ 7.8, 10, 10, 10, 10, 9.8, 10, 0, 0 ]
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029040749-03692.warc.gz
894,162,196
7,211
29,734
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1205190704
text/html
2012-10-29T04:30:26
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "hau_Latn" ]
[ 0.995, 0.005, 0 ]
NBA Play-offs: Los Angeles Lakers yihagazeho itsinda mu umukino wa gatatu Oklahoma Thunder. Imikino ya 1/2 muri shampiyona ya Basket muri Amerika yakomeje ubwo Lakers yatsindaga Oklahoma mu mukino wa gatatu amanota 99-96. Oklahoma yatsinze imikino ibiri ibanza ntiyorohewe na Kobe Bryant watsinze amanota 36 wenyine. Lakers yarushwaga amanota 5 hasigaye iminota itatu gusa yakoze akazi katoroshye izitira Kevin Durant wahushije amahirwe menshi mu minota ya nyuma. Kobe Bryant wari umaze iminsi atitwara neza yafashije cyane LA Lakers kugera kuri iyi ntsinzi mu gace ka nyuma k’umukino ayitsindira amanota 14. Ku ruhande rwa Oklahoma n’ubwo Kevin Durant yatsinze amanota 31 ntago yari ahagije imbere ya Lakers yakiniraga imbere y’abafaba bayo. Ikipe ya Lakers ikaba isabwa gutsinda umukino utaha kugirango yizere gukomeza guhangana Oklahoma imaze kuyitsinda imikino 2-1. Undi mukino wa 1/2 mu gice cy’uburasirazuba Celtic yatsinzwe na Philadeliphie ku manota 92-83. Aya makipe yombi akomeje guhatana yahise anganya imikino 2-2. Source: yahoosports. Rutaganda Ponny.
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "eng_Latn", "scn_Latn" ]
allowed
8553a30371cfe304c546e619bed26135
keep
[]
[ 7.8, 10, 10, 10, 10, 9.7, 10, 0, 0 ]
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029040749-03692.warc.gz
900,353,264
7,723
31,327
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1208311118
text/html
2012-10-29T04:30:58
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "hau_Latn" ]
[ 0.9982, 0.0018, 0 ]
UEFA Super Cup: Atletico Madrid yanyagiye Chelsea imvura y'ibitego 4-1 Umukino w’igikombe gihuza ikipe yatwaye Champions League n’iyatwaye Europa League ku mugabane w’Uburayi, ikipe ya Chelsea yatunguwe no gutsindwa akayabo k’ibitego 4-1 na Atletico Madrid. Rutahizamu Radamel Falcao niwe mukinnyi wigaragaje muri uyu mukino atsinda ibitego 3 wenyine. Falcao ati Bitatu byanjye. Igice cya mbere kigitangira ku munota wa 6 Falcao yari yamaze kunyeganyeza incundura za Chelsea itatangiye neza umukino. Atletico yakomeje gusatira ihanahana umupira neza bidatinze ku munota wa 19 Falcao atsinda igitego cyiza cya kabiri ku ikipe ya Atletico nyuma y’amakosa yari akozwe na myugariro David Luiz. Hasigaye iminota mike ngo amakipe ajye mu karuhuko Falcao wari wazonze ba myugariro ba Chelsea yatsinze igitego cye cya gatatu mu gice cya mbere gusa. Ikipe ya Chelsea yagaragaje integer nke cyane cyane hagati aho yazamukaga kugaruka inyuma bikaba ikibazo ari naho Atletico yayizongeye yifashije abasore bayo banyaruka. Inzozi zo kwishyura ibitego bitatu zarangiye ku munota wa 60 ubwo Miranda yatsindaga igitego cya 4, Atletico igatangira gukina nta gihunga. Gary Cahill yaje gutsindira Chelsea igitego cy’impozamarira ifirimbi isoza umukino ivuga bikiri ibitego 4-1. Tubibutse ko Chelsea ariyo yatwaye igikombe cya Champions League itsinze Bayern Munich umwaka ushize mugihe Atletico Madrid yatwaye Europa League itsinze Athletico Bilbao. Reba uko umukino wari wifashe hano: Rutaganda Ponny.
[ "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "scn_Latn" ]
allowed
a2210317d7903fc3e0a076dd96bdf6de
keep
[]
[ 7.8, 9.6, 10, 10, 10, 10, 10, 1, 0 ]
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029040749-03692.warc.gz
915,409,995
7,246
29,903
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1206171223
text/html
2012-10-29T04:32:14
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "lug_Latn" ]
[ 0.9983, 0.0017, 0 ]
Nirisalike azasubira mu Bubiligi mu cyumweru gitaha. Nirisalike Salomon myugariro w’ikipe y’Amavubi n’ikipe ya Antwerp yo mu gihugu cy’u Bubiligi ateganya kuyisubiramo mu cyumweru gitaha. Mu kiganiro n’ikinyamakuru Izuba Rirashe, umuyobozi w’ikipe y’Isonga, Munyandamutsa Augustin atangaza ko uyu mukinnyi nta kibazo azasubira mu ikipe ya Antwerp yo mu Bubiligi. Nirisarike azasubira muri Antwerp mu Bubiligi muri uku kwezi tariki ya 22 Kamena 2012. Munyandamutsa akomeza avuga ko uyu mukinnyi nta byangombwa yabuze kuko nta kintu na kimwe adafite ko biteganyijwe ko nagera mu Rwanda bazatangira gushaka uburyo agomba gusubira mu ikipe ye. Uyu mukinnyi yaguzwe ibihumbi 80 by’amadolari ubwo yerekezaga muri iyo kipe yo mu Bubiligi akaba yarahise asinya amasezerano y’imyaka ibiri. Ku itariki ya 25 Kamena 2012, ikipe ya Salomon izerekeza mu gihugu cy’u Bwongeraza mu Mujyi Birmingham City gukorerayo imyitozo yo kwitegura shampiyona y’icyiciro cya kabiri ndetse na Salomon akaba agomba kuba ari kumwe n’abandi. Nirisalike akina mu ikipe y’igihugu y’abaterengeje imyaka 20 ndetse n’ikipe y’igihugu Amavubi, akaba ari mu bakinnyi basigaye babanza mu kibuga. Source: Izuba rirashe. Munyengabe Murungi Sabin.
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "jav_Latn" ]
allowed
ba64b57b8ca1f0f644aa425f20b094c3
keep
[]
[ 7.1, 9.1, 10, 10, 9.8, 10, 10, 0, 0 ]
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029040749-03692.warc.gz
921,551,183
7,573
30,516
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1207260213
text/html
2012-10-29T04:32:21
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "kik_Latn" ]
[ 0.9988, 0.0012, 0 ]
CECAFA KAGAME CUP: APR FC irashaka kwihorera kuri Yanga Afurika muri 1/2. Kuri uyu wagatatu taliki 26 Nyakanga harakinwa imikino ya 1/2 muri CECAFA. APR FC ikipe ihagarariye u Rwanda iracakirana na Yanga Africa ku isaha ya saa cyenda, aya makipe yahuye mu mikino y’amatsinda Yanga igatsinda APR 2-0 yongeye guhurira muri 1/2. APR FC iherutse gusezerera URA FC (Uganda) yahabwaga amahirwe yo kwegukana iki gikombe irashaka kwihorera kuri Yanga Africa iza kuba ikinira imbere y’abafana bayo. Yanga Africa isanzwe ifite iki gikombe nayo irashaka kucyisubiza dore uyu mwaka nta gikombe iyi kipe yatwaye muri Tanzaniya. Umutoza wa APR FC, Ernest Brandts yagize ati: “Yanga Afrika ni ikipe nziza, badutsindishije amahirwe mu mikino y’amatsinda, muri 1/2 nicyo gihe cyacu cyo kwishima”. Uyu mutoza yongeyeho ko ikipe ye ifite icyizere cyo gusezerera Yanga Africa n’ubwo idafite umukinnyi wayo wao hagati Kabange Twite wabonye ikarita itukura mu mukino baheruka gukina. Ku ruhande rwa Yanga Africa ikinamo umunyarwanda Haruna Niyonzima, umutoza wayo Tom Saintfiet yatangaje ko ikipe ya APR FC ikomeye ndetse ko yifuzaga guhura na URA kuko bigora gutsinda ikipe ikomeye kabiri. Ati: twabatsinze mu matsinda, tugomba gushaka ubundi buryo bwo gutsinda APR FC ariko biragoye gutsinda ikipe ikomeye kabiri. Undi mukino wa 1/2 urahuza Vita Club (RDC) yasezereye Atletico (Burundi) na Azam FC yakuyemo Simba SC. Amahirwe menshi kuri APR FC! Rutaganda Ponny.
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "swh_Latn", "run_Latn", "scn_Latn" ]
allowed
9c5c14f46e82a16d5fb121808eee5d73
keep
[]
[ 7.4, 9.3, 10, 10, 10, 10, 10, 0, 0 ]
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029040749-03692.warc.gz
923,204,868
7,893
31,573
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1206160127
text/html
2012-10-29T04:32:30
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "lug_Latn" ]
[ 0.9869, 0.0131, 0 ]
Amavubi yavuye muri Nigeriya amara masa. Ikipe y’igihugu Amavubi yamaze gusezererwa mu majonjora yo gushaka itike yo gukina igikombe cya Afurika itsinzwe ibitego 2-0 na Nigeriya. Mu mukino wo kwishyura wabereye i Calabar muri Nigeriya, Amavubi ntago yabashije kwihagararaho ngo izitire abasore ba Nigeriya baje bashaka intsinzi. Umukino ubanza aya makipe yombi yari yanganyije 0-0 hano mu Rwanda, Amavubi yerekeje muri Nigeriya asabwaga kunganya ibitego ibyo aribyo byose cyangwa agatsinda nyamara ntacyahindutse ku ba rutahizamu bayo ntacyo bigeze bakosora ku kibazo bamaranye iminsi cyo kutaboneza mu izamu. Umupira ugitangira ku munota wa 9 gusa Nigeriya yahise ibona igitego cyayo cya mbere gitsinzwe na Uche. Iki gitego cyahaye icyizere Nigeriya yakiniraga imbere y’abafana bayo. Igitego cya kabiri cyabonetse mu gice cya kabiri gitsinzwe na Musa maze amahirwe yo kwishyura agarukira aho. Nyuma y’uyu mukino haribazwa byinshi ku myitwarire mibi y’Amavubi mu mikino yose iheruka gukina. Ikigaragara n’uko kuva mu mwaka wa 2004 ubwo Amavubi aheruka mu gikombe cya Afurika Atari yongera kwitwara neza mu mikino mpuzamahanga. Iki kibazo cyakomeje kwitirirwa abatoza babi kugeza nanubu aho buri uko ikipe ivuye mu irushanwa bihutira kwirukana abatoza. Ubu haribazwa icyo FERWAFA na Minisiteri ya siporo biteganya mu kubaka ikipe itsinda. Foto: goal.com. Rutaganda Ponny.
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "sot_Latn", "scn_Latn" ]
allowed
8b5d772564630c631d9ecc2fb72d07ed
keep
[]
[ 6.3, 7.9, 10, 10, 10, 10, 10, 0, 0 ]
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029040749-03692.warc.gz
945,761,946
7,516
30,976
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1209051227
text/html
2012-10-29T04:33:34
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "hau_Latn" ]
[ 0.9988, 0.0012, 0 ]
Police FC irashaka umukinnyi Sina Jerome wa Rayon Sport Ikipe ya Police FC mu rwego rwo kwiyubaka irashaka rutahizamu Sina Jerome usigaje umwaka umwe ku masezerano afitanye na Rayon Sport. Police FC iri gushaka abakinnyi baziba icyuho cyasizwe n’abakinnyi b’abanyamahanga yasezereye abandi bakajya hanze nka Kagere Meddie. Sina Jerome rutahizamu wa Rayon Sports ukinira n’ikipe y’igihugu amavubi, Police FC isanga ariwe mukinnyi w’umunyarwanda wabafasha mu gutaha izamu muri shampiyona y’umwaka utaha ndetse no mu gikombe cy’amakipe yatwaye ibikombe iwayo muri Afurika. Nkuko bitangazwa n’umunyamabanga mukuru wa Police FC, Alphonse Katarebe ntago bizaborohera kuzana uyu mukinnyi ariko bazakora ibishoboka byose bamuzane. Katarebe yagize ati: “nibyo koko turamushaka ariko ntago tutumvikana kuko acyiri umukinnyi wa Rayon Sports. Tumuguze twaba twongeye umukinnyi mwiza mu ikipe” Yakomeje avuga Police FC ikirimo kubaka ikipe izakina shampiyona itazaba yoroshye ati: “ni umukinnyi mwiza ariko asigaje umwaka umwe ku masezerano afitanye na Rayon Sports, Kandi sinzi ko izapfa kumurekura.” Kimwe n’andi makipe menshi yo mu Rwanda Police FC irifuza abakinnyi b’abanyarwanda kandi bashoboye ngo bazayifashe guhanganira igikombe cya shampiyona. Rutaganda Ponny.
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "scn_Latn" ]
allowed
7720232dc3baa41e6f1b9c6292bcc0bd
keep
[]
[ 8.1, 10, 10, 10, 10, 10, 10, 1, 0 ]
./WIDE-20121107040939-crawl419/WIDE-20121107045720-05164.warc.gz
100,146,896
10,933
60,963
http://www.igihe.com///imikino/football/?debut_gh_news=1572
text/html
2012-11-07T05:05:29
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "hau_Latn" ]
[ 0.9997, 0.0003, 0 ]
Muri iyi weekend biraba bishyushye cyane ku mugabane w’i Burayi cyane muri Premiership aho Liverpool nyuma yo gutsindirwa i Roma ishaka kwihimura... Mu rwego rwo kwitegura imikino ya Afurika mu mikino ya basketball izabera muri Madagascar guhera tariki 9-18 ukwakira, ku munsi w’ ejo tariki... AC Milan ni imwe mu makipe akomeye ku mugabane w’Iburayi, ikaba yaranatwaye ibikombe byinshi cyane, aho yanakinnyemo bamwe mu bakinyi b’ibihangange... Umukino wa nyuma w’icyi gikombe ukaba wahuje amakipe y’ibigugu mu gihugu cyacu, KIYOVU SPORTS na APR FC. Igikombe cyaje kwegukanwa n’ikipe ya APR... Kuri uyu wa kabiri n’uyu wa gatatu, iyi mikino y’igikombe gihuza amakipe yabaye aya mbere ku mugabane w’uburayi irakomereza ku munsi wayo wa kabiri,... Uyu Doreen Nabwire ukomoka mu gihugu cyA kenya , akaba ari Rutahizamu uzwi cyane mu ikipe y’igihugu y’abategarugori ya Kenya , mu cyumweru gishize... APR FC na Kiyovu Sport nizo zegukanye itike yo gukina umukino wa nyuma muri pre-season cup,aya makipe akaba abigezeho nyuma yo kwitwara neza muri... Nshuti bakunzi b’imikino dore uko byaraye bigenze muri UEFA Champions League Itsinda E Mu gihe yishimiye kuba ari mu ikipe ya Real Madrid Kaka’ aratangaza ko abona igihe cyari kigeze ku nyungu z’ikipe ya AC Milan ngo imugurishe, ibi... Uyu rutahizamu uzwi cyane mu ikipe ya Mukura akaba azwi ku kazina ka MEME, aho yaje kuva akajya muri Standard Liège, aho yaje kuva yerekeza muri... KVC yegukanye igikombe cya shampiyona muri volleyball itsinze ikipe ya APR VC Ku munsi w’ ejo ku cyumweru tariki ya 27.09.2009 ikipe ya Kigali... David Villa ngo arifuzwa bikomeye na Liverpool Amakuru dukesha ikinyamakuru The Dun aratangaza ko ikipe ya Liverpool yaba yifuza bikomeye... Mark Clattenburg wasifuye umukino wavugishije byinshi abafana b’amakipe ya Chelsea na Manchester United, ashobora gutakaza uburenganzira bwo... Kiyovu Sport ihuye n’uruva gusenya mu mukino yari yakiriwemo na mukeba wayo Rayon Sports kuri Stade Amahoro kuri uyu wa Gatandatu iyinyagira... Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku Isi (FIFA), ku wa 29 Ukwakira 2012 ryashyize ahagaragara urutonde rw’abakinnyi 23 bazatorwamo umukinnyi wa... Mu mukino wari utegerejwe na benshi mu gikombe cya Carling Cup ubu cyabaye Capital One Cup, Chelsea yihimuye kuri Manchester United iyitsinda 5... Ryan Giggs aremeza ko Van Persie yahinduye byinshi Umukinnyi Ryan Giggs wa Manchester United, aremeza ko Robin Van Persie yagiriye akamaro... Umukinnyi w’umupira w’amaguru mu ikipe ya Barcelona n’ikipe y’Igihugu ya Argentine Lionel Messi aratangaza ko atifuza kugira indi kipe yazajya... Umutoza w’ikipe ya Arsenal mu Bwongereza Arsene Wenger, ntiyishimiye kuba umukinnyi we Andre Santos yaratse umupira [wo kwambara] Robin Van Persie... Umutoza w’ikipe ya Chelsea mu Bwongereza Roberto Di Matteo, n’ubu aratangaza ko Lee Mason wasifuye umukino Chelsea yongeraga guhura na Manchester... Kubera umukino w’amahirwe wo gutegera insinzi z’amakipe hagamijwe gutombora amafaranga igihe utsinze, abafana b’amwe mu makipe y’umupira w’amaguru... Muri shampiyona y’umupira w’amaguru mu Bwongereza,Barclays Premier League, umukino w’amakipe y’amakeba warangiye Manchester United itsinze Arsenal... Nyuma y’aho KBS ifitanye amasezerano n’ikipe ya Etincelles FC batumiye abafana ndetse n’umuririmyi Jay Polly ngo abasusurutse bamwe barivumbuye ngo... Kuri uyu wa Gatandatu Rayon Sports iri ku mwanya wa 12 mu makipe 14 agize shampiyona y’icyiciro cya mbere mu mupira w’amaguru mu Rwanda, irakirira... Kiyovu Sport ihuye n’uruva gusenya mu mukino yari yakiriwemo na mukeba wayo Rayon Sports kuri Stade Amahoro kuri uyu wa Gatandatu iyinyagira... Mark Clattenburg wasifuye umukino wavugishije byinshi abafana b’amakipe ya Chelsea na Manchester United, ashobora gutakaza uburenganzira bwo... Umukinnyi w’umupira w’amaguru mu ikipe ya Barcelona n’ikipe y’Igihugu ya Argentine Lionel Messi aratangaza ko atifuza kugira indi kipe yazajya... Mu mukino wari utegerejwe na benshi mu gikombe cya Carling Cup ubu cyabaye Capital One Cup, Chelsea yihimuye kuri Manchester United iyitsinda 5... Ryan Giggs aremeza ko Van Persie yahinduye byinshi Umukinnyi Ryan Giggs wa Manchester United, aremeza ko Robin Van Persie yagiriye akamaro... Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku Isi (FIFA), ku wa 29 Ukwakira 2012 ryashyize ahagaragara urutonde rw’abakinnyi 23 bazatorwamo umukinnyi wa... Umutoza w’ikipe ya Chelsea mu Bwongereza Roberto Di Matteo, n’ubu aratangaza ko Lee Mason wasifuye umukino Chelsea yongeraga guhura na Manchester... Nyuma y’aho KBS ifitanye amasezerano n’ikipe ya Etincelles FC batumiye abafana ndetse n’umuririmyi Jay Polly ngo abasusurutse bamwe barivumbuye ngo... Kubera umukino w’amahirwe wo gutegera insinzi z’amakipe hagamijwe gutombora amafaranga igihe utsinze, abafana b’amwe mu makipe y’umupira w’amaguru... Kuri uyu wa Gatandatu Rayon Sports iri ku mwanya wa 12 mu makipe 14 agize shampiyona y’icyiciro cya mbere mu mupira w’amaguru mu Rwanda, irakirira... Umutoza w’ikipe ya Arsenal mu Bwongereza Arsene Wenger, ntiyishimiye kuba umukinnyi we Andre Santos yaratse umupira [wo kwambara] Robin Van Persie... Muri shampiyona y’umupira w’amaguru mu Bwongereza,Barclays Premier League, umukino w’amakipe y’amakeba warangiye Manchester United itsinze Arsenal...
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn" ]
allowed
26026a5f35d0d1090f8b76e0496bb07f
keep
[]
[ 5, 10, 10, 9.3, 9.8, 10, 6.8, 0, 0 ]
./WIDE-20121017150351-crawl410/WIDE-20121017150351-02306.warc.gz
187,623,016
10,952
52,875
http://umuseke.com/?p=42618
text/html
2012-10-17T15:27:43
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "lug_Latn" ]
[ 0.9417, 0.0583, 0 ]
Uyu mugabo unyaruka kurusha abandi bantu bagihumeka ku Isi, aherutse gutangaza ko atazongera kwitabira amarushanwa yo kwiruka mu gihugu cy’abongereza kubera umusoro waho. Muri iki gihe isi iri guca mu bihe bikomeye by’ubukungu, Ubwongereza bwafashe imyanzuro yo gusoresha agatubutse abakinnyi b’amarushanwa yose akorewe ku butaka bwabo, byagera ku banyamahanga bikaba ibindi. Usain Bolt uherutse kwegukana imidari itatu mu mikino Olimpiki y’i Londres, ngo yakubiswe n’inkuba ubwo bamutungaga fagiture (facture) y’imisoro agomba kwishyura agasanga yariyongereye kurenza mbere. Usain Bolt ati: “ kwiruka mu bwongereza byanguye neza ndetse byaranyoroheye, ariko sinzahagaruka bagisoresha umuntu bingana bitya.” Si Bolt wenyine winubiye iyi misoro y’abongereza kuko hari umukinnyi wa Tennis wanze kujya mu marushanwa ya Wibledon akigira mu yabereye i Halle mu Ubuhollandi kubera kwinubira umusoro abongereza baca abanyamahanga. Mu bwongereza haba ariho baca abakora Sport yinjiza amafaranga umusoro uri hejuru cyane ugereranyije n’ibindi bihugu. Abumvise Usain Bolt yinubira uyu musoro ngo bamunnyeze kuko ahubwo we bamuciye macye kuko yari imikino Olimpiki yari yatwayemo umudari cyane kandi ko Ministeri y’Abongereza ifite imikino mu nshingano zayo yari yasabye ko abatwara imidari bazoroherezwa imisoro, naho abandi ngo babaca menshi bakumirwa. Ubanza Bolt iyo bamuca asanzwe yari kureka kwiruka!! AP UMUSEKE.COM Nonese akekako biriya biceri byafpakwinjira london bigasokaka gutyo gusa! Akozi bakora isuku muriya stade sebarahirwa namahirwe kuba bataramwatse ni barati erega ubukungu bumeze nabi iburayi BOLT we ihangane pe. nashaka abireke Naho iwacu baraza bakitwarira akayabo bakigendera nta n’urupfusha batanze naho ba gitifu b’ utugari bakirirwa bazitura ihene z’ abantu ngo ntibatanze aya NYBE cg yo kubaka akagari!! ashatse yakomeza sukogera ku mufuka. link plz. Niwo mwuga we nakomeze kandi areke kubyinubira, igihugu nticyatera imbere ntamusoro azi se ubwongereza bugeze hariya kubera iki? Go on bolt!!
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "hat_Latn", "cat_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "ltz_Latn", "kin_Latn" ]
allowed
2ee4f6183c7de6a3d01bc26c008b01f0
keep
[]
[ 5.5, 6.8, 10, 10, 10, 10, 10, 1, 0 ]
./WIDE-20120920075339-crawl336/WIDE-20120920075339-00078.warc.gz
464,061,533
9,486
47,744
http://ibishya.biz/category/imyidagaduro/mu-rwanda/
text/html
2012-09-20T08:01:17
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "sna_Latn" ]
[ 0.7147, 0.2852, 0 ]
Home » Archives by category » IMYIDAGADURO » Mu Rwanda PATIENT BIZIMANA YATEGUYE IGITARAMO CYO KURAMYA NO GUHIMBAZA MURI SPORT VIEW HOTEL. Liliane Kabaganza, Cpt Simon Kabera, Aime Uwimana, Dominic Nic, Gaby Irene Kamanzi na Nelson Mucyo bayobowe na Patient Bizimana biteguye gutaramira abakunzi babo ku Cyumweru tariki ya 30 Nzeri 2012, kuva saa kumi z’umugoroba i Remera muri salle ya Sport View Hotel. Iki ni kimwe mu bitaramo bya Gospel bizitabirwa n’abahanzi bakomeye kandi bakunzwe mu [...] MANI MARTIN NIWE USERUKIYE ABAHANZI NYARWANDA MURI RWANDA DAY I BOSTON – BITUMYE YIMURA IGITARAMO CYO GUSHYIRA HANZE ALUBUM ZE 2. Kuri uyu wa kabiri tariki 18/9/2012 mu nama n’abanyamakuru ,umuhanzi Mani Martin yatangaje ko yimuye igitaramo yarafite ku itariki 23/09/2012 kubera urugendo rwamutunguye . MANI MARTIN mu kiganiro n’abanyamakuru Mu kiganiro na Mani Martin yatangaje ko yimuye igitaramo yari afite kubera urugendo agiyemo aserukiye igihugu ku mugabane w’Amerika ,yakomeje atangaza ko gahunda acyiyifite ko bitarangira [...] “NGIZE AMAHIRWE NKITABIRA RWANDA DAY NAKUNDISHA ABO NSANZEYO UMUZIKI NYARWANDA” – KITOKO Umuhanzi Bibarwa Patrick bita Kitoko yatangaje ko aramutse yitabiriye gahunda ngarukamwaka ya “Rwanda Day” izabera i Boston, Massachusetts muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yakoresha ubuhanzi bwe mu gukundisha abo ahasanze muzika nyarwanda. Rwanda Day izaba ku wa 21 na 22 Nzeli 2012, akaba ari gahunda ifite insanganyamatsiko igira iti “Agaciro, urugendo rurakomeje.” ikazitabirwa n’Abanyarwanda inshuti [...] I KOMPANYI DREAMLAND Ltd ITUZANIYE BWAMBERE MU RWANDA CHRISTIAN FILM FESTIVAL. Iyinimwemuma company hanomurwanda, yakunzegushyigikira, urubyiruko rutandukanye gukoreramunzozi zabo, cyanecyanemuri entertainment, ahatwavuga ahoyagiye igaragara mubikorwa yateye inkunga, aha twavuganka film yitwa the impact yasohotse umwaka 2010, ndetse na film yitwa The power of the message (college movie), yajekumenyekana cyane, ahoyerekanwe hanomurwanda ndetse nohanze kumugabane wa Asia, mugihugucyubuhinde, yajenokuba film yagize Best Actress of year 2012 muri [...] RAYON SPORTS NIYO YEGUKANYE IGIKOMBE CY’IRUSHANWA RYO GUSHYIGIKIRA IKIGEGA “Agaciro Development Fund” Rayon Sport yegukanye igikombe cy’irushanwa ryo gushyigikira ‘Agaciro Development Fund’ nyuma yo gutsinda Mukura 1-0 kuri Iki cyumweru tariki ya 16/09/2012 kuri Sitade Amahoro. Rutahizamu Papy Kamanzi niwe watsinze igitego kimwe Rukumbi cyabonetse muri uyu mukino nyuma yo gucenga abinyuma harimo n’umunyezamu maze agahita Anyeganyeza Inshundura Maze Rayon Sport Iba Ibonye Intsinzi Ari Nayo Yatumye [...] ABASORE BAGIZE ITSINDA RYA KGB BAKOZE INDIRIMBO NSHYASHYA BAYITA (RUHURURA) – KANDA HANO UYUMVE KGB Ni Itsinda Rigizwe Nabasore Batatu Aribo MYP, Henry Wow Ndetse Na Skizzy, Nyuma Yigihe Kinini Basankaho Batigaragariza Abafana Babo, Kuri Ubungubu Biragaragara Noneho Ko Bazanye Ingufu Nyinshi Muri Muzika, Nkaho Muminsi Ishize Bari Basohoye Indirimbo Yitwa Bibi Ndetse Bagahita Bayikorea Amashusho, Iyi Ndirimbo Ikaba Yarakunzwe Cyane, Kuri Ubungubu Nabwo Aba Basore Bakaba Bakoze Indirimbo [...] UMUHANZI W’UMUNYARWANDA FRANK JOE YAGARAGAJE IFOTO YE YAMBAYE UBUSA. Frank Joe Ni Umuhanzi W’Umunyarwanda, Amazina Yiswe N’ababyeyi Akaba Ari Rukundo Frank Ni Umunyarwanda Akaba Yaravukiye Mugihugu Cyabaturanyi Cya Uganda Avuka Taliki 22 Gashyantare 1981, Uyu Musore Akaba Azwi Mundirimbo Zitandukanye Harimo Nka Nyegera ,Igendere Bwiza, Nyegera, Rozine,…. Nizindi Nyinshi Zitandukanye Frank Joe Akaba Yaramenyekanye Cyane Ubwo Yigaga Muri Kaminuza Nkuru [...] LICK LICK YAKOZE INDIRIMBO ISANKAHO ICYURIRA PACCY, NAHO PACCY ARAGIRA ATI LICK LICK SINDI UMUGORE WAWE NABONYE UNDI- UMVA IKIGANIRO TWAGIRANYE NA PACCY Lick Lick Umwe Mubantu Batunganya Muzika Wamenyekanye Cyane Ubwo Yakoreraga Hano Mu Rwanda, Kuri Ubungubu Akaba Yibera Kumugabane Wa Amerika, Uyu Musore Wavuzweho Amagambo Menshi Mw’Itangazamakuru Kubera Inda Umuhanzi Kazi Paccy Yaratwite Ariko Akagenda Abihakana Nyamara Nyuma Akaba Yaraje Kubyemera Yemerako Umwana Paccy Atwite Ari Uwe, Muri Mata 2011 Nibwo Paccy Yaje Kwibaruka Umwana [...] KIZITO MIHIGO YASHYIZE HANZE AUDIO N’AMASHUSHO BY’INDIRIMBO YE SHYASYA YITWA MON FRERE CONGOLAIS – YAREBE HANO Umuhanzi kizito mihigo yashyize hanze audio n’amashusho y’indirimbo shya yitwa Mon Frere Congolais, iyi ndirimbo nkuko yabisobanuye akaba yarayihimbye agamije kunga abanyarwanda n’abakongomani cyane cyane akaba ngo yarayihimbye kubera uburyo abakongomani bahohotera abanyrwanda batuye muri belgique babaziba ibirimo kubera muri congo, ndetse iyi ndirimbo akaba yarayikoze mururimi rw’igifaransa ngo kugirango n’abakongomani bumve ubutumwa burimo. Reba [...] BEAUTY FOR ASHES YABATEGURIYE IGITARAMO CYO KURAMYA NO GUHIMBAZA IMANA. Itsinda Beauty For Ashes rirategura igitaramo cyo guhimbaza Imana kizaba ku cyumweru tariki ya 16 Nzeri 2012; kikabera ku rusengero rwa Christian Life Assembly (CLA) ruri i Nyarutarama.Beauty For Ashes ni itsinda rigizwe n’urubyiruko rw’abasore 5 baririmba kandi bacuranga indirimbo zo guhimbaza Imana ziri mu bwoko bwa rock (rock music style). Bakaba bazwi cyane mu [...]
[ "eng_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn" ]
allowed
e60cdde33cd38364f044e6719a7ed23a
keep
[]
[ 6, 6.7, 10, 9.9, 10, 10, 10, 7, 0 ]
./WIDE-20121212110308-crawl417/WIDE-20121212124549-08531.warc.gz
645,935,139
7,370
30,273
http://www.inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1210210343
text/html
2012-12-12T22:33:06
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "hau_Latn" ]
[ 0.9998, 0.0002, 0 ]
Shampiyona y'icyiciro cya mbere irasubukurwa Rayon Sport ihura na Police FC Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu mupira w’amaguru irasubukurwa kuri iki cyumweru nyuma yo guhagarikwa n’umukino wa gicuti ikipe y’igihugu Amavubi yakinnye na Namibiya. Mu mikino iteganyijwe kuri iki cyumweru Rayon Sport iracakirana na Police FC mugihe APR FC FC ihura na Mukura VS. Ikipe ya Rayon Sport ifite akazi katoroshye ko gushaka intsinzi ku mukino uzayihuza na Police FC kugirango ikomeze kuzamuka iva mu makipe ya nyuma. Uyu mukino uzakurikiranwa n’umutoza mushya wa Rayon Sport, umufaransa Didier Gomez mbere y’uko atangira gutoza iyi kipe. Undi mukino ukomeye uteganyijwe kuri iki cyumweru uzahuza APR FC na Mukura VS. hazaca uwambaye hagati y’ aya makipe yombi ashaka igikombe cya shampiyona. Kiyovu Sport iyoboye urutonde rwa shampiyona aho imaze gutsinda imikino yayo yose irakina na FC Marine ibarizwa ku mwanya wa nyuma. Dore uko amakipe aza guhura Rayon Sport Vs Police FC kuri stade Amahoro APR FC Vs Mukura VS kuri stade Regional Kiyovu Sport Vs FC Marines ku Mumena Etincelles FC Vs AS Kigali kuri stade Umuganda AS Muhanga Vs Amagaju FC ku Kicukiro Musanze FC VS Espoir FC Stade Ubworoherane Rutaganda Ponny.
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "vec_Latn", "hau_Latn", "vec_Latn", "sun_Latn", "vec_Latn", "scn_Latn" ]
allowed
aeb831b4c2af4be38e8c4f949d667feb
keep
[]
[ 6.6, 8.1, 10, 10, 10, 10, 10, 1, 0 ]
./WIDE-20121017211207-crawl410/WIDE-20121017232143-02341.warc.gz
387,565,967
11,598
55,502
http://umuseke.com/?p=39516
text/html
2012-10-18T00:04:33
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "hau_Latn" ]
[ 0.9244, 0.0756, 0 ]
Ministre w’Ingabo wa Syria Gen. Daoud Rajiha ndetse na muramu wa President Assad witwa Assef Chawkat, baguye mu gitero cy’umwiyahuzi kuri uyu wa gatatu ubwo bari mu nama mu murwa mukuru Damascus. Iki ni igitero gikomeye kuko gihitanye abagabo b’inkoramutima za President Bashar Hafez al-Assad utorohewe n’abatavuga rumwe nawe ndetse n’igitutu cy’amahanga. Kuva batangira kwamagana ubutegetsi bwa Bashar al Assad mu kwezi kwa gatatu 2011 iki nicyo gitero gikomeye gihitanye abayobozi bo kuri bene uru rwego rukuru. Iki gitero cyabaye ubwo Ministre w’ingabo Daoud Rajiha, muramu wa President Asaad witwa Assef Chawkat wungirije Daoud Rajiha, ndetse n’ibindi bikomerezwa by’ingoma ya Assad bari mu nama ariko banakurikirana itorwa ry’icyemezo gifatirwa Syria mu nama y’akanama k’umutekano ka Loni (UN). Nkuko byemejwe na Television ya Syria Generali Daoud Rajiha, wari umukilisitu, we na bagenzi bari muri iyi nama bahitanywe n’igitero cy’umwiyahuzi wari wiziritseho ibisasu wabashije kumenera muri iyi nzu bari bateraniyemo i Damascus. Mohammad Ibrahim al-Chaar Ministre w’Ubutegetsi bw’igihugu wari muri iyi nama ngo yakomeretse bikomeye ariko ararusimbuka, muri iki gitero bitangaje uburyo cyashobotse kuko iyi nyubako barimo ngo ubusanzwe iba irinze bikomeye. Iki gitero cyabaye mu gihe mu kindi gice cy’umurwa wa Damascus hari imirwano y’ingabo za Leta n’iza Free Syrian Army (FSA) bigometse ku butegetsi bwa President Assad, ari nabo bahise bigamba gutegura iki gitero. Mu gihe amakuru y’iki gitero yamenyekanaga i New York mu kanama k’umutekano ka Loni kari gateranye, Koffi Annan nk’umuhuza muri iki kibazo, yahise asaba ko imyanzuro ku bihano byafatirwa Syria yaba isubitswe. Urupfu rw’aba bagabo bari abizerwa bakomeye ba Preident Bashar al Assad ni urucantege mu ntambara akomeje kurwana n’abatamushyigikiye ndetse n’ibihugu bifite ijambo rinini ku Isi (usibye Uburusiya na Chine) amwotsa igitutu ngo yegure ku neza cyangwa ku nabi. AP Ubwanditsi UMUSEKE.COM na osama yaciyeho na kadafi nabwo baribabi sha Uyu mukristo arambabaje ariko nawe ubanza yari yarasubiye inyuma kuko bitumvikana uburyo bica abaturage babo. wasanga hari ababyihishe inyuma sinumva uburyo siriya ibarirwa mu byihebe none ngo……ibyihebe nibyo byabakozemo mbabajwe ni uko uyu mugabo yari umukrisitu kandi ndabona isi ihombye imfura ntibyoroshye nagato CIA+MOSSAD+some foolish muslims nibo bari gukora ibi bikorwa. IMANA,IBAHE,IRIHUKO RIDASHIRA nawe niyumve uko urupfu rubabaza yabonaga yica abaturage be akagirango imiryango yabo iba yishimye.
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "hat_Latn", "kin_Latn", "cat_Latn", "hau_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn" ]
allowed
c2fa376a54bbb05466335fbe084a08ec
keep
[]
[ 7.1, 8.8, 10, 10, 10, 10, 10, 1, 0 ]
./WIDE-20121018010226-crawl410/WIDE-20121018030414-02352.warc.gz
43,103,915
10,810
50,166
http://umuseke.com/?p=25573
text/html
2012-10-18T03:10:28
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "hau_Latn" ]
[ 0.999, 0.001, 0 ]
Super Eagles, ikipe y’ikipe y’igihugu ya Nigeria ntikitoreje i Nairobi muri Kenya mu gutegura umukino wo gushaka tiket y’igikombe cy’Africa cya 2013 izakina n’Amavubi i Kigali kuwa gatatu tariki 29 Gashyantare. Kubera gukuraho iyimyiteguro yari kubera i Nairobi, ababigize umwuga ba Nigeria bakina hanze bazaza i Abuja mbere y’uwo mukino, maze ikipe izaze i Kigali kuwa kabiri ikine bukeye, bitayisabye kubanza kumenyera ikirere gishyuha cy’i Kigali. Ibi kandi Nigeria ikaba yarabikoze ku mukino wo gushaka tiket y’igikombe cy’isi cya 2010 ubwo yakinaga na Kenya amasaha make igeze i Nairobi Abakinnyi babigize umwuga ba Nigeria ngo bazagera i Abuja byibura iminsi ine mbere yo guhaguruka baza i Kigali nkuko umwe mu bayobozi b’iyi kipe yabitangarije MTNFootball. Imyitozo ku bakinnyi b’ikipe y’igihugu bakina muri Nigeria ikaba yo igomba gutangira tariki 6 Gashyantare, abatoza Stephen Keshi na Daniel Amokachi ubu bari muri Africa y’epfo ngo bagomba kugera muri Nigeria umunsi umwe mbere y’uko imyitozo itangira. Umuyobozi watanze aya makuru akaba yahakanye ko kuba Nigeria itakije muri Kenya kwitegurirayo nkuko byari biteganyijwe, atari ukubera impamvu z’amikoro. Nigeria yari itegerejwe muri Kenya tariki ya 17 Gashyantare, mu rwego rwo kwitegura Amavubi. Ikipe y’u Rwanda ikaba nayo yaratangiye imyiteguro, n’ubwo yaje kubura umukino wa gicuti yari yasabye ikipe ya Congo Brazzaville. Indi mikino yo gushakisha tiket y’igikombe cya Africa 2013 1.Ethiopia v Benin 2.Rwanda v Nigeria 3.Congo v Uganda 4.Burundi v Zimbabwe 5.Gambia v Algeria 6.Kenya v Togo 7.Guinea Bissau v Cameroon 8.Tchad v Malawi 9. Seychelles vs RD Congo 10.Tanzania v Mozambique 11.Centrafrique v Egypt 12.Madagascar v Cap Vert 13. Liberia v Namibia Jean Paul Gashumba UMUSEKE.COM Iyi kipe se nyabusa buriya iracyariho cyangwa iyi ni iyapfuye, Peter Odimwing kweli aracyatera ruhago? tuzabatsinda barabeshyera ubusa kuki commentaires zanjye muzinyonga nuko ntemeranya nabashigikiye ibinyoma komerezaho pe
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "swh_Latn", "swh_Latn", "swh_Latn", "swh_Latn", "swh_Latn", "swh_Latn", "swh_Latn", "lim_Latn", "vec_Latn", "lim_Latn", "ces_Latn", "fur_Latn", "vec_Latn", "run_Latn", "cat_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn" ]
allowed
a2b20253e3dbfcdaa89ed6c7a0b4137f
keep
[]
[ 7.2, 9.2, 10, 10, 10, 9.8, 10, 0, 0 ]
./WIDE-20120914205820-crawl410/WIDE-20120914225616-00008.warc.gz
1,608,346
5,279
18,385
http://umuseke.com/?m=201102
text/html
2012-09-14T22:56:24
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "tum_Latn" ]
[ 0.9753, 0.0248, 0 ]
Itangiriro 17:1-5 “Ni jye Mana Ishobora, ujye ugendera imbere yanjye kandi utungane rwose”. Intego: Imana Ishobora byose! 1.Abantu benshi ntibazi ko Imana ishobora byose, bayifashe nk’ ishobora bimwe ibindi bakirwariza( bakirwanaho) ariko ... Igihugu cy’u Rwanda si paradizo, hashize imyaka 16 u Rwanda ruhanganye n’ingaruka za Jenoside yakorewe abatutsi. Muri izo ngaruka iyo urebye usanga hari intambwe ikomeye yatewe mu guhangana nazo. Kugeza ... Nkuko tubikesha ibiro ntaramakuru Hilondelles, uwahoze ayobora komine Kivumu Gregoire Ndahima, urubanza rwe rurakomeje i Arusha muri Tanzania aho kuri uyu wa Gatatu hakomeje kumvwa ubuhamya bw’abamushinjura. Ku munsi w’ejo kuwa ... Abanyarwanda bagejeje igihe cyo gutora kuri uyu wa mbere biriwe mu gikorwa cy’amatora y’abajyanama rusange n’abakandida b’abagore mu nama njyanama z’uturere uko ari 30. Aba bajyanama batorwa nibo bazitoramo kuwa gatanu ... Nkuko byemezwa na Lt. Col Abraham Sam Bisengimana, uherutse gutahuka mu gihugu cye avuye mu mashyamba ya Congo aho yakoraga nk’umwe mu basirikare bakuru b’umutwe wa FDLR, Kayumba Nyamwasa na ... Paul Rusesabagina mu kiganiro aherutse gutanga tariki ya 15 z’uku kwezi kuri University of Central Frolida muri USA, yahabarijwe ibibazo byinshi n’abanyeshuri bigeza aho yiyemerera ubufatanye bwe na FDLR yaramaze ... Nyuma y’igihe kigera ku mezi 6 abantu bategereje ko shampiyona y’ikiciro cya kabiri na championat y’abagore bitangira, kuri uyu wa gatandatu biratangirira rimwe. AS Kigali ikaba ariyo iheruka gutwara shampiyona ya ... Kuva kuri uyu wa gatatu muri Libya mu mujyi wa Benghazzi, hamaze gupfa abantu bagera kuri 84 mu myigaragambyo yamagana ubutegetsi bwa President Muammar Gaddafi, umaze kubutegetsi imyaka irenga 40. Nkuko ... Nyuma yo gutsindwa imikino yose no gusezererwa mu mikino ya CHAN, ikipe y’igihugu yatashye mu Rwanda mu bice. Byari bitegerejweko iyi kipe igera mu Rwanda kuri uyu wa kane ni mugoroba, ... Imwe mu migambi y'abatavugarumwe na leta y' u Rwanda imaze kumenyakana, Kayumba n’ubwenegihugu bushya mu rwego rwo kwihishahisha Hashize igihe kitari gito abatavuga rumwe na leta y’ u Rwanda bashakisha imbaraga ngo bajye hamwe ... Next Page »
[ "kin_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "eng_Latn" ]
allowed
1b617dd2e5195a38c95a25d9f8445f80
keep
[]
[ 6.5, 8.6, 10, 9.4, 10, 10, 10, 0, 0 ]
./WIDE-20121215032106-crawl419/WIDE-20121215044019-07125.warc.gz
949,869,672
8,111
31,475
http://www.igihe.com///imikino/basketball/?debut_gh_news=72
text/html
2012-12-15T06:46:09
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "hau_Latn" ]
[ 0.9902, 0.0097, 0 ]
Ikipe ya APR Lions Basketball Club ikomeje kwerekana ko ikomeye nyuma yo gutsinda Kano Pillars amanota 92 kuri 77, Matthieu Miller niwe... Muri NBA byari bishyushye mu kanya gashize - Los Angeles Clippers 90 - 115 San Antonio APR BC yatangiye neza iri rushanwa itsinda Mazembe Ku munsi w’ejo tariki 13.12.2009 mu ma saa saba kuri Stade Amahoro, ni bwo imikino y’ igikombe... Umukorowati Veceslav utoza ikipe y’igihugu ya Basketball akaba ari no gufasha ikipe ya APR BC ubwo itegura amarushanwa yayo ya FIBA club... 2009 Fiba-Club Championships ni irushanwa ry’ umukino wa Basketball rizabera hano i Kigali guhera tariki 13 kugeza 22.12.2009. U Rwanda... Matthieu Miller ni umwe mu bakinnyi bigaragaje cyane mu ikipe y’ Amavubi Basketball kandi bayigiriye akamaro mu marushanwa iherutsemo rya... Los Angeles Lakers 100 - 90 New York Knicks Denver Nuggets 101 - 87 New Jersey Uko byari bihagaze muri NBA Portland Trailblazers 87 - 81 Detroit Pistons Ntibisanzwe ko haboneka umukinnyi utsinda amanota ari hejuru ya 50 mu mukino umwe, ariko umusore witwa Brandon Jennings ku munsi w’ejo yakoze... Dore uko byari byifashe muri NBA : San Antonio 96 - 101 Oklahoma City Thunder Mu kanya gashize mur NBA byacikaga aho Los Angeles Lakers iyobowe na Kobe Bryant yihanangirije Phoenix Suns. Uyu wari umukino ushyushye cyane... Muri NBA Le Bron James aberetse ko ari The King ubwo yabashaga gutsinda amanota 36 wenyine Dore uko amakipe yatsindanwe :
[ "run_Latn", "kin_Latn", "ast_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "eng_Latn", "eng_Latn", "run_Latn", "eng_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "lim_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn" ]
allowed
2eb91494398380230180c0da44081d7e
keep
[]
[ 5.2, 7.3, 10, 9.7, 10, 9.2, 10, 0, 0 ]
./WIDE-20121017100311-crawl335/WIDE-20121017110729-02831.warc.gz
895,986,920
1,911
3,785
http://www.victoire2010.info/
text/html
2012-10-17T11:48:16
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "tat_Cyrl" ]
[ 0.5101, 0.4899, 0 ]
Turi abanyarwanda biyemeje gukurikiranira hafi amatora y'umukuru w'igihugu mu 2010. Mbese turi abayemeje (Initiative) gushyigikira abaharanira intsinzi mu 2010 (Victoire 2010). N'ubwo dushyigikiye ishyaka FDU n'intego zaryo muri ayo matora, ntituri ishami ryaryo dukorana umutimanama wacu. Umuntu wese wumvishije umugambi dushyigikiye muri ayo matora ashobora kudufasha kuwugeza ku bandi kuko twese hamwe dufaanyije niho tuzabonera igihugu cyacu abayobozi bakunda amahoro. Sites internet sur le Rwanda, sur l'actualité du Rwanda et divers informations et documents sur le pays des milles collines
[ "run_Latn", "fra_Latn" ]
allowed
5a11cdb6203fd2c63fdda5478b093839
keep
[]
[ 6.3, 7.9, 10, 10, 10, 9.8, 10, 1, 0 ]
./WIDE-20121022162512-crawl410/WIDE-20121022163505-03084.warc.gz
25,206,178
9,963
47,559
http://umuseke.com/?p=849
text/html
2012-10-22T16:36:14
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "sna_Latn" ]
[ 0.8534, 0.1466, 0 ]
Umuhanzi w’umunyarwanda Robert Kabera, uzwi cyane ku izina rya Sgt.Robert, arateganya gushyira ahagaragara album ye mu kwezi kwa kane muri uyu mwaka. Indirimbo zizaba ziri muri iyo album, zizaba zigizwe n’indirimbo zo guhambaza no kuramya Imana. Zimwe muri izo ndirimbo, ni nka: ”Shima, Impanda na Njo kwa Yesu.” Sgt. Robert kuri ubu abarizwa mu rusengero rwitwa Winners Champ International ruba ku Kimironko mu mujyi wa Kigali, akaba yemeza ko ubu ari mu mubare w’abavutse ubwa kabiri benshi bakunze kwita abarokore. Sgt. Robert azwi cyane kubera album ye ya mbere yise “Kama Jeshi”, yashyizwe ahagaragara umwaka ushize, kandi ikaba yarabaye imwe mu muri za album nziza kandi yakunzwe mu gihugu. Sgt. Robert azwi ho kugira umuhogo ugororotse n’ijwi ryiza, kandi akaba n’umuntu usabana n’abantu, akaba kandi ari mu bagize itsinda rya gisirikare rishinzwe ibya muzika ryitwa Army Jazz Band. Umuseke.com wona soja sasa yakwica yakwica!!genga insii yetu wanje!!uri umuntu w’umugabo cyane!ndumva waranagarukiye imana nukuri nibyiza bravoooo!! Mwaje hageze… Teza imbere abahanzi nabo.Ni byiza turabyishimiye
[ "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "cat_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn" ]
allowed
e53c51395d17049954d9945e4b4b8b76
keep
[]
[ 5, 6.4, 10, 9.5, 10, 10, 10, 1, 0 ]
./WIDE-20121012072924-crawl339/WIDE-20121012073641-01661.warc.gz
478,059,302
5,846
17,064
http://orinfor.gov.rw/printmedia/news.php?type=rw&storyid=0&volumeid=714&cat=11
text/html
2012-10-12T08:08:04
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "lug_Latn" ]
[ 0.8308, 0.1692, 0 ]
Iminsi itatu mbere y’uko ajya mu nama y’ibihugu bivuga ururimi rw’igifaransa i Kinsahasa muri Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo (RDC), Perezida w’igihugu cy’Ubufaransa François Hollande yatunze agatoki Leta y’iki gihugu. Ibi Perezida François Hollande yabitangaje ku wa kabiri tariki 09 Ukwakira 2012, mu kiganiro yagiranye bagiranye n’abanyamakuru ubwo Ban Ki-moon, Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye yasuraga u Bufaransa. Mu byo Hollande yanenze ubutegetsi bwa Kinshasa, n’ubwo azajyayo tariki ya 12 Ukwakira mu nama y’ibihugu bihuriye ku rurimi rw’igifaransa (Francophonie), nk’uko bitangazwa n’Ibiro ntaramakuru by’Abafaransa (AFP), harimo ko ngo Kongo batubahiriza uburenganzira bw’ikiremwamuntu, batagendera ku mahame ya demokarasi no kutemera abanyapolotiki batavuga rumwe n’ubutegetsi. Ntibyatinze nyuma y’aho iyo nkuru itangajwe mu bitangazamakuru mpuzamahanga bitandukanye, Leta ya Kinshasa yahise igira icyo ibivugaho binyujijwe kuri Lambert Mende Omalanga, umuvugizi wa Guverinoma ya Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo. Bwana Mende yagize ati « Ibyo Perezida w’Ubufaransa François Hollande ashinja Leta ya Kongo ntaho bihuriye n’ukuri ». Mende yavuze ko Abanyekongo aribo bonyine bafite kwemera cyangwa guhakana ibivugwa ko bakorerwa akarengane. Umuvugizi wa Guverinoma ya Kinshasa yagize ati « Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo ni kimwe m ubihugu byateye imbere mu birebana no kwemerara abatavuga rumwe na Leta bagakorera mu bwisanzure ». Bwana Mende ngo asanga ibyo Perezida w’Ubufaransa yavugiye mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru ari kumwe na Ban Ki-moon i Paris mu murwa mukuru ngo yaba yarabitewe nuko hari abamuhaye amakuru y’ibinyoma. Yagize ati « Icyo twishimiye ni uko François Hollande agiye kuza iwacu i Kinshasa akazahava yiboneye ukuri kw’imvaho ». Perezida w’Ubufaransa rero ategerejwe muri Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo(DRC), aho azitabira inama ya 14 y’ibihugu bivuga ururimi rw’igifaransa ku wa gatandatu tariki 13 Ukwakira. Iyi nama izaba irimo n’abandi bakuru b’ibihugu n’aba za guverinoma biganjemo cyane abo mu bihugu byo ku mugabane wa Afurika. N’ubwo abanyapolitiki batavuga rumwe na Leta ya Kinshasa iyobowe na Perezida Joseph Kabila Kabange kuva mu mwaka wa 2001 ubwo se Laurent Désiré Kabila yicwaga n’umwe mu basirikare bamurindaga, basabye Perezida Hollande kwimurira iyi nama ahandi cyangwa kutayitabira, yabimye amatwi kubera inyungu nyinshi za politiki. Muri izo nyungu harimo kwirinda gutakaza ibihugu bivuga igifaransa bijya mu rurimi rw’icyongereza. Hari abatumva inyungu zihishe inyuma yabyo ariko zirimo kandi nyinshi. Urugero ni uko mu nama nka ziriya hafatirwamo n’ibyemezo by’ubuhahirane no gushigikirana mu birebana n’umutekano ndetse n’ubukungu. Icyo abatavuga rumwe na Leta ya Joseph Kabila ndetse n’imwe mu miryango itegamiye kuri Leta basabiraga Perezida Hollande kutazajya i Kinshasa, ngo ni uko azaba agaragaje gushyigikira guverinoma yagiyeho mu manyanga bidakurikije demokarasi, kandi ihohotera uburenganzira bw’ikiremwamuntu. Mu rwego rw’umutekano, François Hollande yavuze ko Kongo igifite ikibazo cy’imitwe myinshi yitwaje intwaro irwanya Leta mu burasirazuba bw’igihugu. Ku bwa Clément Boursin, utuye i Paris akaba n’umuyobozi wa ACAT (ishyirahamwe rya gikristo rishinzwe kurwanya ihohoterwa (Association Action des chrétiens pour l’abolition de la torture), ngo asanga ijambo Perezida Hollande yavuze imbere ya Ban Ki-moon risobanura akababaro k’ibyo Leta ya Kinshasa yamwijeje ko igiye guhindura mbere y’uko inama ya Francophonie itangira, batabashije gusohoza. Ubutegezi butiyizera Ikibazo gikomeye Leta ya Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo ifite ni ukutiyizera mu nzego zose. Ibi bigaragarira ku mitwe y’abitwaje intwaro iyirwanya ihora ivuka umunsi ku wundi kandi abayiyoboye ugasanga ari bamwe mu bahoze mu ngabo zayo. Aba bose bacika igisirikare cy’igihugu kubera imiyoborere mibi. Iyo miyoborere idahwitse igaragarira mu bintu byinshi birimo kudahemba ingabo z’igihugu ndetse n’abandi bakozi bo mu nzego za Leta. Iki kibazo cy’akavuyo mu miyoborere cyahereye kuri Mobutu wategetse Kongo imyaka irenga 30 none gikomereje no kuri Joesph Kabila urimo kuyobora manda ye ya 2. Kutigirira icyizere kwa Leta ya Kongo bigaragarira kandi mu kutagira igisirikare cy’igihugu cyubatse neza. Ibi ni nabyo bituma abategetsi bahora bumva ko barwanirirwa n’ingabo z’amahanga zikabazanira umutekano uhamye. N’ubwo ingabo z’Umuryango w’Abibumbye (MONUSCO) zimazeyo imyaka myinshi, amahoro ntaragaruka muri Kongo ahubwo arushaho kugenda asubira inyuma. Umuvugizi wa Guverinoma ya Kongo, Lambert Mende ahora ku maradiyo mpuzamahanga arega ko u Rwanda arirwo rubateza umutekano muke kandi ababarwanya batihishe. Ariko se ni kuki ingabo z’igihugu kinini kandi gifite ubutunzi zidashobora kwivuna ababavogera, bakumva ko igisubizo kigomba kuva mu miryango nka Amnesty International cyangwa Human Right Watch. Kongo iregwa iteka kutagira ubutabera burenganura abaturage, abakurikirana ibya politiki bakaba bavuga ko ibyo nabyo bitagomba kubazwa abaturanyi. Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame akunze kuvuga ko Leta ya Kongo igomba kwirengera ibibazo byayo aho guhora bibazwa u Rwanda. Ukuri ni uko Leta ya Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo n’abambari bayo aribo bihugu bimwe by’u Burayi n’Abanyamerika bake biyita impuguke, bashyigikira DRC mu mafuti kubera gusa inyungu zabo bwite bavoma muri iki gihugu.
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn" ]
allowed
76568798b5436cf002580365a74061e6
keep
[]
[ 7.2, 7.5, 10, 10, 10, 10, 10, 6, 6.4 ]