Search is not available for this dataset
f
stringlengths 53
165
| o
int64 491
10.6B
| s
int64 466
4.27M
| rs
int64 3
4.17M
| u
stringlengths 16
4.36k
| c
stringclasses 11
values | ts
timestamp[ms] | collection
stringclasses 21
values | lang
sequencelengths 3
3
| prob
sequencelengths 3
3
| text
stringlengths 501
1.28M
| seg_langs
sequencelengths 1
9.45k
| robotstxt
stringclasses 1
value | id
stringlengths 32
32
| filter
stringclasses 1
value | pii
sequencelengths 0
144
| doc_scores
sequencelengths 9
9
|
---|---|---|---|---|---|---|---|---|---|---|---|---|---|---|---|---|
./WIDE-20121021161304-crawl410/WIDE-20121021171359-02927.warc.gz | 783,932,566 | 11,477 | 56,878 | http://umuseke.com/?p=5407 | text/html | 2012-10-21T18:06:46 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] | [
0.9872,
0.0128,
0
] | Ku munsi w’ejo ku wa gatatu abana b’u Rwanda, Amavubi yabatarengeje imyaka 17 yongeye kwihererana Creteil yo mu gihugu cy’ ubufaransa iyitsinda ibitego 2 ku busa (2-0)
Ni mu mukino wahuje Amavubi y’abatarengeje 17 n’ikipe ya Creteil aho abasore b’abanyarwanda bibasiye iyi kipe ya Creteil bakayitsinda ibitego 2 ku busa, akaba rero ari umukino wa kane aba basore ntawe ubatsinda; uretse rero no kuba baratsinze ino kipe, amakuru aturuka mu bufaransa aho umukino wabereye aremeza ko aba basore b’u Rwanda ruhago bayiconze kakahava, bakaba barakinnye umupira usobanutse abaraho barishima. Kandi ubwo ngo umutoza yari yaruhuye ikipe isanzwe ibanzamo kubera umukino ari kwitegura n’ubufaransa.
Photo: Ba Captains bombi bahana ibiranga amakipe
Muri uyu mukino na Creteil hagaragayemo abakinnyi bashya nka Victor na Jean Marie, bakaba barakinnye neza, hakaba kandi harabonetsemo undi musore mushya witwa Shema Pacifique (Defenseur central) wakinnye match yose akaza kwigaragaza cyane dore ko yakinnye neza cyane; uyu musore akaba asanzwe akinira ikipe ya Moux ibarizwa mu gihugu cy’u bufaransa I Paris, akaba akinira ikipe yayo y’abatarengeje imyaka 16, iyi kipe niyo muri national cyangwa se icyiciro cya 3.
Kumva ikiganiro Pacifique yagiranye n’abanyamakuru nyuma y’umukino Kanda hano
Tubibutse ko umukino aba basore birimo kwitegura umukino n’ikipe y’ubufaransa y’abatarengeje imyaka 17, ukuba uri butange igipimo cyaho ikipe y’Amavubi U17 ihagaze.
Umuseke.com
ariko rero sha uru ni urubuga ndakurahiye va kuri ba baswa ngo ni ibihe.com
murashimishije tubarinyuma yendamwtwibutsa bakurubanyu babibirikane
courage nimukomereze aho mwerekane ko naho habaye intmbara mushoboye kurusha amakipe menshi yo muri afrika gukina neza
ERega kumugabane wiburayi hari abanyarwanda benshi nuko tutaritwigeze tubitahooo,, iyikipe izakomera abantu bibaze impamvu bitakozwe kare….Nge ikifuzo cyange nuko Ikipe nkuru bakuramo abakiri bato barimo bakabavanga naba bana Maze akaba aribo bajya bitabazwa mumarushanwa niyo batangira batsindwa icumi yeee
guys!nukuri ibirimo kubabaho gewe birimo kuntungura kuko ndabona nimukomeza gukora nkuko murimo gukora aho muri france muzagera kure muri coupe du monde.icyo nabisabira gusa nimugera murwanda mugarutse abacheur banyu muzabe mubaretse mureke nagatama kubakanywa ubundi mwihate icyo kurya cyubakitse ubundi muzirebere!
Nuko nuko basore wenda mwaduhoza amarira ya ba bakambwe
Keep it up guys, u’ll never walk alone. | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"cat_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"eng_Latn"
] | allowed | dc0cff82cd8a6bee6b9f76e531f8f022 | keep | [] | [
5.8,
7,
10,
10,
10,
10,
10,
2,
0
] |
./WIDE-20121028132454-crawl410/WIDE-20121028135559-03985.warc.gz | 508,539,014 | 10,617 | 49,185 | http://umuseke.com/?p=45207 | text/html | 2012-10-28T14:31:05 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] | [
0.9916,
0.0085,
0
] | Dusabimna Vincent uzwi ku izina rya Gasongo na Mukunzi Christophe bita Giba bari bamaze iminsi bakina muri shampiyona ya Algeria, ariko ubu berekeje mu gihugu cya Qatar kugira ngo bakomeze umwuga wabo wo gukina Volleyball.
Gasongo yari asanzwe akinira ikipe ya Etoile Sportive de Setiff akinana na Yakan Guma Lawrence na ho Mukunzi Christophe yakinaga muri USM Alger, amakipe ya Volleyball yo mu cyiciro cya mbere mu gihugu cya Algeria .
Gasongo yerekeje mu ikipe yitwa An-Aghallfa Sports Club yo mu cyiciro cya mbere muri Qatar naho Mukunzi yerekeza muri Al-Arabi Sports Club nayo yo mu cyiciro cya mbere muri Algeria.
Gerturde Kubwimana, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Ishyirahamwe ry’Umukino wa Volleyball mu Rwanda yavuze ko abo basore babiri b’Abanyarwanda bamaze kugera muri Qatar ndetse bamaze no gusinya amasezerano bagomba gutangira gukinira amakipe berekejemo.
Gerturde yagize ati “ Gasongo yagiye kuwa kabiri na ho Mukunzi agenda kuwa kane tariki 20 Nzeli kandi bose bamaze kugerayo ubu bameze neza mu makipe yabo nta kibazo.”
Kubwimana, avuga ko na Sibomana Placide uzwi ku izina rya Madison ukinira ikipe ya Lycée de Nyanza nawe ashobora kubasangayo kuko hari ikipe imwifuza yo muri Qatar, ari gushaka ibyangombwa kugeza ubu bitaraboneka.
Gerturde avuga ko mu bakinnyi batanu b’Abanyarwanda bakinaga muri Algeria, Yakan Guma Lawrence ari we bamaze kumenya ko azasubirayo, ariko abandi ibyabo ntibiramenyekana neza.
“ Gasongo na Mukunzi bagiye muri Qatar, Yakan twamenye ko azongera amasezerano muri Etoile Sportive de Setiff, ibyo dusigaje kumenya ni ibya Kwizera Marshall na Flavien Ndamukunda niba bazasubira muri Algeria cyangwa batazasubirayo kuko kugeza ubu ntibiramenyekana.” Kubwimana
© 2012 Izuba
UMUSEKE.COM
Congz brothers,
mukomeze muheshe u Rwanda agaciro iyo! | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"cat_Latn",
"eng_Latn",
"kin_Latn"
] | allowed | 6a8791d5092a4fa239ead2d3bfa04054 | keep | [] | [
6.6,
8.2,
10,
10,
10,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121120222031-crawl417/WIDE-20121122053525-07160.warc.gz | 607,516,851 | 7,135 | 29,522 | http://www.inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1210161149 | text/html | 2012-11-22T06:23:45 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] | [
0.9912,
0.0088,
0
] | Sina Jerome arahakana ko nta kibazo afitanye na Rayon Sport
Umukinnyi ukina hagati mu ikipe ya Rayon Sport arahakana amakuru amaze iminsi avugwa ko yaba afitanye ikibazo n’iyi kipe aho ngo baba bari baramuhagaritse bitewe no kugaragaza ubushake buke mu kibuga.
Mu kiganiro twagiranye n’uyu musore yagize ati: “ ni ibinyoma, nta kibazo mfitanye n’ikipe yange. twese tumeze neza kandi turikwitegura umukino ukurikira dushyize hamwe”
Nyamara ariko n’ubwo abihakana umutoza wa Rayon Sport, Ally yatangaje ko yari yabaye amuhagaritse bitewe n’imyitwarire itari myiza no kutitanga mu kibuga.
Ubusanzwe Sina Jerome ni umwe mu bakinnyi ikipe ya Rayon Sport igenderaho hagati mugihe umurundi Cedric atarabona ibyangombwa byo gukina muri iyi minsi.
Sina Jerome akaba ajya ahamagarwa mu kipe y’igihugu Amavubi gusa umukino uheruka ntago yigeze yitabazwa kimwe n’abandi bakinnyi benshi ba Rayon Sport.
Muri iyi minsi ikipe ya Rayon Sport iri kwitegura umukino wa shampiyona utoroshye uzayihuza na Police FC mu mpera z’iki cyumweru.
Rutaganda Ponny. | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"scn_Latn"
] | allowed | b4ca18bed91b231f933583c61feb69a0 | keep | [] | [
8,
10,
10,
10,
10,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121012200652-crawl335/WIDE-20121012202231-02167.warc.gz | 3,725,939 | 11,536 | 51,730 | http://ruhagoyacu.com/spip.php?article4917 | text/html | 2012-10-12T20:22:59 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] | [
0.9974,
0.0026,
0
] | Umukino wa mbere wa shampiyona y’umupira w’amaguru icyiciro cya mbere wahuje ikipe ya Eincelles FC yo mu karere ka Rubavu na Muhanga FC yo mu majyepfo, kuri uyu wa gatandatu tariki ya 22/09/2012, warangiye amakipe yombi anganya ubusa ku busa kuko nta kipe yabashije kureba mu izamu ry’indi. Ni umukino waranzwe n’udushya twinshi
Dore tumwe mu dushya twagaragaye
1. Umukino watangiye ikipe ya Etincelles FC abakinnyi b’abasimbura hari abadafite amakarita atangwa ana Ferwafa aranga abakinnyi. Bikaba byatewe n’uko uwari uyafite yari ataragera ku kibuga mbere y’uko umukino utangira.
2. Ikipe ya Etincelles FC yakinnye idafite muzamu usimbura.
3. Muganga wa Muhanga FC yaje ari muzima ageze ku kibuga ararwara, umukinnyi wa Etincelles FC bamukoreyeho ikosa biba ngombwa ko avurwa,maze avurwa na muganga wa AS Muhanga wari umaze kurwara arihangana kuko uwa Etincelles Fc atari ahari.
4. Muganga wa Etincelles FC Byiringiro Joel, yaje ku kibuga acyerewe, bikaba byaragaragariye buri wese ko ariwe wakurikiranaga ibibazo by’abakinnyi badafite amakarita (Licences).
5.Muganga wa Muhanga FC yavuye amakipe yombi igice cya mbere cy’umukino, uwa Etincelles FC nawe avura amakipe yombi igice cya kabili.
6. Rutahizamu wa Etincelles FC NGAMA Emmanuel, yangiwe gukina, n’ikipe ya Rayon Sport ntago yamufashe akaba yari mukinnyi Nyanza FC itakiriho. Bikaba bidafututse kuba uyu mukinnyi yangirwa gukina kandi n’ikipe yaniraga itakibaho. Ibi bikaba ari nako byagenze ku mukinnyi Mambo ubu wagiye muri Espoir FC. | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | 0bbbf78a642f56af1aa93237387df1b7 | keep | [] | [
5.9,
7.1,
10,
10,
10,
10,
10,
2,
0
] |
./WIDE-20121017110835-crawl410/WIDE-20121017115502-02283.warc.gz | 572,454,923 | 13,211 | 61,232 | http://umuseke.com/?p=28256 | text/html | 2012-10-17T12:29:25 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] | [
0.9816,
0.0184,
0
] | Mu mukino ubanza wo gushaka ticket yo kujya mu gikombe cya Africa cy’ibihugu cya 2013, Amavubi yanganyirije 0 – 0 na Nigeria ku kibuga cy’i Nyamirambo aho yibwiraga ko yabonera amahirwe nko mu mikino iheruka y’ikipe y’igihugu.
Mu mukino wari ufunze cyane, ndetse rwose utaryoheye ijisho ku mpande zombi, Nigeria y’ibikonyozi nka Yakubu Ayegbeni, Osaze Odemwingie, Dickson Etuhu, Taye Taiwo, Joseph Yobo n’abandi nta mupira bari bitezweho bagaragaje, ndetse mu mukino wose nta buryo bufatika bahushije bagerageza gutsinda izamu rya Jean Claude Ndoli.
Amavubi, yari yizeye kwitwara neza i Nyamirambo nk’uko byayagendekeye ubwo yahatsindiraga 3-1 Maroc mu 2008, akahatsindira Uburundi 3-1 umwaka ushize, ndetse Amavubi U 17 akahabonera ticket yo kujya mu gikombe cy’isi cyabereye muri Mexique, uyu munsi nta mahirwe Amavubi yahaboneye yo kuhatsindira igitego nko muri iyo mikino yo hambere aha.
Ku munota wa 12, Kagere Meddie yahushije uburyo bwari bwabazwe bwo gutsinda igitego ku mupira yari ahawe neza na Karekezi Olivier. Igice cya mbere cyarinze kirangira nta bundi buryo bufatika bugaragaye ku mpende zombi.
Umukino wari ufunze, ba rutahizamu Kagere Meddie bimwe icyuho na bamyugariro Taye Tiwo, Yobo na Azubwike Emmanuel. Yakubu na Odemwingie nabo babura icyo bakora imbere ya Bamuma Bercy, Mbuyu Twite na Iranzi bahagararaga neza. Bityo umupira mwishi uhera hagati abafana nabo bacika intege mu kogeza.
Mu gice cya kabiri, Bokota Labama yasimbuye Hussein Sibomana wakinaga hagati. Ibintu byahinduye isura, habonetse uburyo bubiri bwiza bwo gutsinda ariko Meddie Kagere na Daddy Birori amashoti bakayatera inyuma no hejuru y’izamu.
Ku munora wa 86, nyuma yo guhererekanya neza bishingiye kuri Haruna Nyonzima, witwaye neza cyane kuri uyu mukino, Daddy Birori yabonye uburyo atera ishoti rikomeye umuzamu Vicent Enyama awohereza hanze. Ubu nibwo buryo bwa nyuma Amavubi yabonye umukino urinda urangira.
Stephen Keshi, umutoza wa Nigeria yatangaje ko kunganyiriza mu Rwanda atari bibi kuri we kuko tariki 15 Kanama mu mukino wo kwishyura yizeye ko Amavubi atazabacika muri Nigeria.
Naho Micho Milutin, umunyaserbia utoza Amavubi, yatangaje ko yababajwe n’uburyo bwabonetse bwo gutsinda ariko gushyira mu rushundura bikananirana. Yasobanuye kandi impamvu umukino utari uryoheye ijisho.
“ Iyo hagira ikipe yinjizwa igitego byari kuzaba umuzigo ukomeye mu mukino wo kwishyura. Kunganya ubusa ku busa ntibinshimishije, navuga ko abanya Nigeria bazareba umukino uryoshye kurusha uwo mubonye kuko tuzagenda tujyanywe no gutsinda nabo bashaka gutsinda, twese tuzafungura umukino. Bitandukanye n’uyu munsi ubwo twashakaga gutsinda ariko buri kipe yashyize imbaraga zikomeye mu kwirinda” ni ibyatangajwe na Mico Milutin.
Indi mikino yo gushaka ticket uko yagenze
Madagascar 0 – 4 Cape Verde
Burundi 0 – 2 Zimbabwe
Ethiopia 0 – 0 Benin
Tanzania 1 – 1 Mozambique
Seychelles 0 – 4 DR Congo
Chad 3 – 2 Malawi
Kenya 2 – 1 Togo
Congo 3 – 1 Uganda
Liberia 1 – 0 Namibia
Gambia 1 – 2 Algeria
Guinea-Bissau 0 – 1 Cameroon
Hagati ya Nigeria n’u Rwanda, ndetse no muri ziriya zindi zitabonye tiket yo kujya mu gikombe cya Africa 2012 ubu ziri guhatana, 16 zizatsinda zizahuzwa (na tombola) na ziriya 16 zakinnye igikombe cya Africa cy’ibihugu 2012, zikine umukino ubanza n’uwo kwishyura, 16 zizasigara nizo zizakina igikombe cya Africa cya 2013 muri Africa y’epfo.
Ange Eric HATANGIMANA
UMUSEKE.COM
AMAVUBI IMANA IYARI HAFI KDI NDIZERA KO AZATSINDA
Vubi hi, ibyavuzwe mu bitekerezo byabanje ni byo. Gusa na we impungenge ufite zifite ishingiro, ariko umenye ko England yaraye itsindiwe i Wembley 3-2 na Netherland, Ubudage bwatsindiwe iwabwo na France 2-1. Amavubi rero ubutaha yakwikubita agashyi akesura ibihanganjye, thank you for your comment
Reka sha this is what we call Philosophy”" Ibyiza birimbere”" it is the same like “” “”Mwihangane”" Until when? Imagine a National Team which is Incapable to win at home? and you hope that it will win out of Home? Impossible at all!!!
Amavubi azajya ahora aturwaza umutima gusa gusa. Niba adashoboye babirukane bose, ahasigaye tujye twirebera za Volley Ball n’ibindi.
well done Amavubi,nubwo mwabuze amahirwe ubundi umukino(intsinzi)yariy’uRwanda pe.
We are so sorry by the way!
Ubwo nicyo Imana iba itarateguriye umuntu, but I am encouraging all rwandans to continue supporting our national team, may be next time we will be the winners, don’t worry! Really, you have done everything that you supposed todo but unfortunately it was not done like we hoped. Twese nk’abanyarwanda twihangane kubyabye ku team yacu kandi ibyiza birimbere. | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"vec_Latn",
"swh_Latn",
"swh_Latn",
"run_Latn",
"vec_Latn",
"swh_Latn",
"swh_Latn",
"swh_Latn",
"bam_Latn",
"swh_Latn",
"swh_Latn",
"run_Latn",
"swe_Latn",
"cat_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"eng_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"eng_Latn",
"eng_Latn"
] | allowed | d3bc8b4388b22439f9c68fbfab4c280d | keep | [] | [
6.4,
7.4,
10,
9.9,
10,
9.9,
10,
6,
0
] |
./WIDE-20121016231722-crawl420/WIDE-20121016233254-02804.warc.gz | 236,784,941 | 9,250 | 39,367 | http://www.umuvugizi.com/?m=201107 | text/html | 2012-10-16T23:55:39 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] | [
0.9654,
0.0346,
0
] | Amakuru yageze ku kinyamakuru Umuvugizi ashimangira igitugu cy’ubutegetsi bwa Kagame, aravuga ko ku itariki ya 29/7/2011, urukiko rukuru urugereko rwa Rwamagana, rwakatiye Padiri Emile Nsengiyunva amezi 18 y’igifungo. Uyu mupadiri w’imyaka 45 y’amavuko wo muri paruwasi ya Karenge I Rwamagana yahamijwe icyaha cyo kwangisha abaturage ubutegetsi buriho arwanya gahunda za Leta ya Kagame. Umwe mu [...]
Amakuru agera ku kinyamakuru Umuvugizi aturuka ahantu hizewe, yemeza ko umwe mu bagize Leta y’u Bwongereza aherutse kugira uruhare rukomeye cyane mu kuba “umuhuza” hagati ya perezida Museveni na Kagame . Ibi bakaba barabibategetse ubwo perezida Kagame yari akubutse mu rugendo aherutsemo mu Bwongereza muri Nyakanga 2011. Impande zombi zahise zemera gushyira mu bikorwa ayo [...]
Ikintu kidasanzwe kigaragaje ku munsi wa mbere w’uruzinduko rwe mu Rwanda, perezida Yoweri Museveni yagiye ku irimbi ry’intwari i Remera, aho yunamiye Gen Fred Rwigema. Niwe muperezida wa mbere usuye u Rwanda agakora igikorwa nk’icyo. Byagaragaje ko Perezida Museveni yababajwe n’urupfu rwe binashimangira impamvu aherutse kumuha umudari n’ubwo abantu bo mu muryango wa Gen Rwigema [...]
Kuri 23 /07/2011, mu mujyi wa Burlington muri Leta zunze Ubumwe z’Amerika habereye inama yari igizwe n’abanyarwanda baba muri Amerika na Canada. Umwe mu bayobozi ba RNC, DR Gahima Gerald, umwe mu bahoze ari ibyegera bya Kagame, wanayoboye inzego nyinshi zitandukanye z’ubutabera bw’u Rwanda harimo n’ubushinjacyaha bukuru , yatangarije abayitabiriye ko nawe adashigikiye imikorere y’urukiko [...]
Sylvère Ahorugeze yafashwe mu mwaka wa 2008,ubwo yakekaga ko atagikurikiranyweho cya cyaha yafungiwe muri Danemark, gashyiga yaramushyiguye ati uwatemberera mu gihugu cya Suwedi, na ho nkareba uko hameze. Umugore we muto icyo gihe yagombaga kuza kuri ambasade y’u Rwanda i Stockholm gushakayo ibyangombwa. Ahorugeze yaherekeje umugore we, bakigera kuri ambasade, uwahoze ari ambasaderi w’u Rwanda [...]
Minisitiri w’intebe w’igihugu cya Norvège, Jens Stoltenberg, yatangaje taliki ya 22 nyakanga 2011, ko agiye gushyiraho komisiyo yo gukora amapererereza ku bitero byabaye ku wa gatanu w’igishize mu gihugu cya Norvège. Iyi komisiyo, yemejwe n’amashyaka ya politiki muri Norvège, ngo izarebera hamwe mahano yabaye mu cyumweru gishize muri icyo gihugu. Anders Behring Breivik, wateye ibisasu [...]
Amakuru agera ku kinyamakuru Umuvugizi aturutse mu rwego rw’ubutatsi rwa Kagame, yemeza ko Polisi imaze guhabwa amabwiriza y’uko Lt Col Sarto Bahenda ajyanwa gufungirwa mu kirwa cy’ahitwa Iwawa. Nk’uko umwe mu bakorana n’inzego z’ubutatsi za Kagame utarashatse ko tumuvuga kubera kurengera amagara ye yabidutangarije , urwego rw’iperereza rwa Polisi “Special Intelligence” rumaze guhabwa amabwiriza na [...]
Umunyamakuru wa Radiyo Rhino FM, Augustine Okello, bakunze kwita Rouks, akekwaho kuba mu bikorwa birwanya ubutegetsi bwa Uganda. Ibi byavuzwe n’umuvuguzi w’ingabo za Uganda, Lieutenant-Colonel Felix Kulayigye, ubwo yabitangarizaga umuryango mpuzamahanga ushinzwe kurengera ubwisanzure bw’abanyamakuru (Reporters sans frontières), ku wa 25 nyakanga 2011. Uyu munyamakuru yaburiye ahitwa Lira mu majyaruguru ya Uganda, taliki ya 13 [...]
Ikinyamakuru Umuvugizi cyabonye raporo yo mu mwaka wa 2011 ku bwisanzure muri Afurika mu bintu bitandukanye. Uyirebye akabona amanota u Rwanda rufite yacyeka ko rurangwamo ubwisanzure. Ariko nyamara uko igihugu gisa nk’aho gihabwa amanota menshi ni nako cyiba kidakozwa ubwisanzure aho buva bukagera. Bishyira u Rwanda mu bihugu by’Afurika kwisanzura ari nko guca umugani. [...]
Mu itohoza ikinyamakuru Umuvugizi cyakoze , inzego z’ubutasi za Kagame zifatanije n’inama nkuru y’itangazamkuru zakoresheje amayeri menshi cyane zibasira Umuyobozi mukuru w’ikinyamakuru Ishema, Gakire Fidel . Izo nzego zakoresheje ingirwashyirahamwe ry’abanyamakuru bigenga mu Rwanda ryatereye hejuru uwo muyobozi zimuhora inkuru zitandukanye yasohoye muri icyo kinyamakuru, cyane cyane izinenga Perezida Kagame. Mu mayeri meshi iryo shyirahamwe [...] | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | f35f665a3c119803074e419a60eb3a7a | keep | [] | [
6.9,
8.1,
10,
9.5,
10,
10,
10,
8,
0
] |
./WIDE-20121016231722-crawl420/WIDE-20121016233254-02804.warc.gz | 289,478,630 | 9,070 | 32,543 | http://www.umuvugizi.com/?p=6380 | text/html | 2012-10-17T00:00:36 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"swh_Latn"
] | [
0.9464,
0.0536,
0
] | Batatu batawe muri yombi n’inzego z’ubutasi za Uganda kubera gushaka guhirika ubutegetsi bwa Kagame
Abatawe muri yombi ni Rutinywa Robert, Capt Sibo Charles, na Rugigana Anthony. Ubwo bafatwaga batangarije inzego z’ubutasi za Uganda ko bari mu bagize ingabo z’umwami Kigeli, kandi ko bari bafite umugambi wo guhirika ubutegetsi bwa Kagame.
Itohoza ryakozwe n’Umuvugizi ryemeza ko aba bagabo bari bayobowe na Capt Sibo Charles, wabeshyaga inzego z’umutekano za Uganda ko ari Generali, bari za maneko za Kagame zari zijyanywe muri Uganda no gutata ibice by’umupaka w’u Rwanda na Uganda. Kugeza ubu twandika iyi nkuru, bose baracyari mu maboko y’inzego z’ubutasi za Uganda, bahatwa ibibazo kugirango bagire icyo basobanura ku cyari kibajyanye muri Uganda.
Tukimara kumenya iyi nkuru, twavuganye n’umwami Kigeli Ndahindurwa kugirango agire icyo adutangariza ku bivugwa ko abafashwe bari ingabo ze, maze abidutangariza muri aya magambo : “Nta ngabo ngira, ibyo kurwana simbirimo, jyewe nemera impinduka zijyanye na demokarasi, nta kumena amaraso nshyigikiye mu Rwagasabo; kuva cyera namaganye ibyo bahora banyitirira ko mfite ingabo; iyo utangije intambara imena amaraso, inzirakarengane ni zo ziyigwamo, zitanayirimo”.
Gasasira, Sweden. | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"swh_Latn"
] | allowed | 6047e79ee0803e15f8d16974e711a327 | keep | [] | [
5,
6.2,
10,
9.9,
10,
10,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121016231722-crawl420/WIDE-20121016233254-02804.warc.gz | 314,282,086 | 7,882 | 29,815 | http://www.umuvugizi.com/?p=6531 | text/html | 2012-10-17T00:03:50 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] | [
0.9545,
0.0455,
0
] | Perezida Kagame aherutse kwiyemerera ko ari we warashe Gen Kayumba Nyamwasa
Amakuru Umuvugizi ukesha ikinyamakuru «The Times Magazine», cyandikirwa muri Amerika, yemeza ko mu kiganiro icyo kinyamakuru cyagiranye na perezida Kagame ku bintu bitandukanye no ku bijyanye n’uburyo ayoboye nabi u Rwanda, atatinye kugaragaza ko ari umwicanyi wujuje ibyangombwa, ubwo yiyemereraga ko ari we warashe Gen Kayumba, ngo akaba yaramuzizaga ko yashatse kumukorera «coup d’état».
Perezida Kagame yiyemereye izuba ziva ko ari we wapanze akanashyira mu bikorwa iraswa rya Gen Kayumba Nyamwasa, akaba yaratangaje ko yamuzizaga ko yashakaga ko habaho impinduka mu Rwanda, amukoreye «coup d’état», bityo ngo n’umwicanyi perezida Kagame yagombaga kubanza kumwica, akaba ari nayo mpamvu yabikoze.
Perezida Kagame yiyemerera ko afite uruhare mu ntambara ya Kongo kubera ko perezida Kabila yashatse gushyikiriza ubutabera mpuzamahanga Gen Bosco Ntaganda
Abajijwe impamvu afasha umutwe w’iterabwoba wa M23, Kagame yananiwe kwihakana ko atari we washinze uwo mutwe w’iterabwoba, ko ahubwo yangiza umwanya we atuka Akanama ka Loni hamwe n’umuryango «Human Rights Watch», bakoze icyegeranyo cyerekana ko yaremye, akanashyigikira uwo mutwe wa M23, umutwe ukomeje koreka imbaga y’inzirakarengane y’abanyekongo, agasiga n’abandi bangara mu buhungiro babarizwa mu bihugu bikikije Kongo Kinshansa.
Umunyamakuru akomeje kumuhata ibibazo byatumye ashinga uwo mutwe ukomeje guhungabanya umutekano w’igihugu cy’abaturanyi ba Kongo, Kagame yatanze ibisobanuro bidasobanutse avuga ko M23 yagiyeho kubera ko Leta ya Kongo yashatse gufata no gushyikiriza Gen Ntaganda ubutabera mpuzamahanga, bivuze ko imbaga y’inzirakarengane y’abanyekongo ikomeje gupfa no kwangara izira gusa ko perezida Kabila yashatse gushyikiriza ubutabera mpuzamahanga umwicanyi mugenzi wa Kagame basangiye kuyogoza no gusahura umutungo kamere wa Kongo, ariwe Gen Bosco Ntaganda.
Gasasira, Sweden. | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"swh_Latn"
] | allowed | b3c52c3bd70973b492d017fa77a00336 | keep | [] | [
8.4,
10,
10,
10,
10,
10,
10,
4,
0
] |
./WIDE-20121016231722-crawl420/WIDE-20121016233254-02804.warc.gz | 344,648,611 | 9,100 | 39,475 | http://www.umuvugizi.com/?cat=16 | text/html | 2012-10-17T00:07:26 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] | [
0.8474,
0.1526,
0
] | Uko bucyeye n’uko bwije, umubare w’abisasirwa n’abicanyi ba perezida Kagame mu mahanga, uragenda wiyongera. Mu bazwi cyane ni Seth Sendashonga wiciwe i Nairobi muri 1998 hamwe na Gen Kayumba Nyamwasa barashe urufaya rw’amasasu Imana igakinga ukuboko muri 2010 i Johannesbourg muri Afurika y’epfo. Hari n’urupfu rwa mugenzi wacu Charles Ingabire warashwe muri 2011 i [...]
Amakuru agera ku Umuvugizi, ni uko nyuma yo gushaka kunyereza Nsabagasani Dominiko inzego z’iperereza za Uganda zikabimenya, ubu noneho Ambassade y’u Rwanda iyobowe na Ge. Mugambage Frank yatangiye gukoresha bamwe mu banyamakuru bo mu Rwanda ngo bakurikirane abanyamakuru batavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda hifashishijwe abandi banyamakuru. Nk’uko amakuru Umuvugizi dufite abigaragaza, ni uko mu kwezi [...]
Itohoza rimaze iminsi rikorwa n’Umuvugizi ryerekana ko perezida Kagame asigaye azamura abasirikare mu ntera ashingiye ku moko baturukamo. Akaba yarashyizeho itsinda riyobowe na Gen Jack Nziza kugirango rijye rijya hirya no hino mu mitwe ya gisirikare (batallion) rishakishamo abasirikare b’ubwoko bw’abega Perezida Kagame na we aturukamo. Nyirabayazana w’iki gitekerezo ni Gen Jack Nziza abasirikare bagereranya [...]
Amajambo perezida Kagame agenda avugira hirya no hino mu gihugu, mu manama rusange ya Loni cyangwa mu mihango yo kurahiza abanyacyubahiro batandukanye, cyane cyane yikoma ubutabera mpuzampahanga, yatumye dukora amaperereza kugirango tumenye neza ikibimutera. Iperereza twakoze ryerekana ko ibihugu by’amahanga byamaze gutahura ko perezida Kagame na bamwe mu basirikare be bakuru, bakoze ibyaha by’intambara, bityo [...]
Hashize iminsi nibaza aho igihugu cyacu cyavuye, n’aho kigana muri iki gihe, ndeba ibyo FPR yabwiraga abaturage ubwo yarwanyaga ingoma ya MRND, nkareba n’uburyo yubatse akazu karenze kure ako ku ngoma ya Habyarimana, ibi byose bigatuma nibaza uzabohora u Rwanda ingoma z’ibitugu zarwokamye, aho azaturuka. Kimwe na MRND, FPR yikubiye ibyiza byose by’igihugu, ibyari akazu [...]
Andrew Mitchell yirengagije inama y’abo bakoranaga muri minisiteri y’ububanyi n’amahanga, arangije agenera perezida Kagame inkunga ihwanye na miliyoni 12 z’ama euro, akaba yarahaye aka kayabo umuyagitugu perezida Kagame uzwiho gushora iyi nkunga mu bikorwa by’ubwicanyi. Umwe mu mpuguke mu bikorwa by’ububanyi n’amahanga ya Leta y’Ubwongereza yabwiye Umuvugizi ko ibyo Andrew Mitchell yakoze byo gusubiza kimwe [...]
Amakuru agera ku Umuvugizi yemeza ko umunyembaraga w’u Rwanda akomeje guhabwa akato mu rubuga mpuzamahanga kubera uruhare afite mu kuyogoza Kongo. Ibihugu by’Uburayi bikaba byarahagaritse inkunga byageneraga u Rwanda kubera uruhare rufite mu gufasha inyeshyamba za M23, ubu zikomeje gutera ubwoba ko zishaka kwigarurira umujyi wa Goma. Ubwongereza na bwo bukaba bugomba kongera gufatira ibihano [...]
Amakuru agera ku Umuvugizi yemeza ko Ubwongereza bwongeye gufata icyemezo cyo guhagarikira inkunga u Rwanda nyuma y’aho busanze inkunga butanga u Rwanda ruyikoresha mu gutera inkunga umutwe wa M23, umutwe ukomeje kuyogoza igihugu cy’abaturanyi cya Kongo. Umunyamabanga mushya w’Ubwongereza ushinzwe iterambere, Justine Greening, akaba agomba guhagarika inkunga Ubwongereza bwageneraga u Rwanda kubera uruhare rwarwo mu [...]
Ni mu nama yari yatumijwe n’Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Ban-Ki-moon, inama yari kwigirwamo ibibazo bikomeye byo mu karere k’ibiyaga bigari, ariko cyane cyane iby’intambara yashojwe n’inyeshyamba za M23 muri Kongo-Kinshasa. Ubwo minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’Ububiligi, Didier Reynders, na we wari muri iyo nama, yatungaga u Rwanda agatoki ko ari rwo rushyigikira inyeshyamba za M23, Perezida [...]
Maze iminsi nkurikiranira hafi ibikorwa bya za maneko za Kigali aha ku mugabane w’Uburayi, nkibaza niba ibyo zikora ziba zigamije kwikiza uwazitumye cyangwa niba ariko koko abazikoresha baba bazibwiye kubikora. Mu minsi ishize umwe mu ntore za ambassade y’u Rwanda mu Bubiligi yarihanukiriye abwira umwe mu bayoboke ba RNC ngo «ese ntiwareka nkaguha ka radio [...] | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn"
] | allowed | 98c15f5f518010b3e3f365306dc433fa | keep | [] | [
7.1,
8.2,
10,
9.6,
10,
10,
10,
8,
0
] |
./WIDE-20121022032503-crawl419/WIDE-20121022045654-03103.warc.gz | 192,108,646 | 8,544 | 34,744 | http://www.igihe.com//imikino/basketball/?debut_gh_news=60 | text/html | 2012-10-22T05:02:25 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] | [
0.9994,
0.0006,
0
] | Uko imikino ya NBA yagiye igenda kuva mu minsi yashize.
April 20
Mu Bagore
Tariki ya 24/04/2010
Bazakina saa cyenda z’amanywa.
APR VS JUNIOR ( NYARUGENGE )
Muri iyi mikino ya play-off amakipe nka Miami Heat ya East na San Antonio ya West ntiyorohewe na gato. Aho amariye gutsindirwa kuri iki cyumweru...
Uyu munyamerikakazi wamamaye mu mukino wo kwirukanka aho yagiye yesa imwe mu mihigo myinshi muri iki gihe agiye kugaragara muri WNBA ( Umukino...
- Vladmir Jeronimo niwe wabaye umukinnyi witwaye neza.
-Cynthia Akazuba niwe washyikirije igikombe ikipe ya Primeiro d’ Agosto.
Ku munsi w’...
Ikipe ya APR BBC yaraye isezerewe muri 1/2 mu mikino ya Fiba Africa club championship aho yatsinzwe na Primeiro de Agosto amanota 94 kuri 84, ibi...
Ku munsi w’ejo ikipe ya APR BBC yabashije gutsinda Inter Club amanota 99 kuri 80 , ibi bikaba byaratumye ikipe ya APR BBC ibona itike yo kuza...
Uko amakipe aribuze guhura muri 1/4 muri Fiba Africa club championship
Petro Atletico vs Co-operative 13:00pm
Mazembe vs ASPAC 15:00pm...
Bamwe mu bakurikiranira hafi imikino ya 2009 Fiba Africa club Championships Men bari kwishimira uburyo ikipe ya APR BBC iri kwitwara aho imaze...
Ikipe ya APR Lions Basketball Club ikomeje kwerekana ko ikomeye nyuma yo gutsinda Kano Pillars amanota 92 kuri 77, Matthieu Miller niwe...
Muri NBA byari bishyushye mu kanya gashize
- Los Angeles Clippers 90 - 115 San Antonio
APR BC yatangiye neza iri rushanwa itsinda Mazembe
Ku munsi w’ejo tariki 13.12.2009 mu ma saa saba kuri Stade Amahoro, ni bwo imikino y’ igikombe...
Umunyarwanda w’imyaka 21, Gatete Djuma arabarizwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Ni umukinnyi w’umukino wa Basketball akaba akina muri icyo...
Umutoza w’ikipe y’Igihugu y’umukino w’intoki wa basketball Nenad Amanovic, yahagaitswe ku mirimo ye n’Ishyirahamwe ry’umukino mu Rwanda nyuma yo...
Umunyarwanda w’imyaka 21, Gatete Djuma arabarizwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Ni umukinnyi w’umukino wa Basketball akaba akina muri icyo... | [
"run_Latn",
"lim_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sun_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"swh_Latn",
"zho_Hant",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"ast_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | 325a75071e32295295b97b03deabcb8f | keep | [] | [
6.1,
8.8,
10,
9.3,
10,
9.5,
9.5,
0,
0
] |
./WIDE-20121015033446-crawl335/WIDE-20121015041303-02435.warc.gz | 966,278,306 | 5,020 | 17,736 | http://izuba.org.rw/i-767-c-14.izuba | text/html | 2012-10-15T05:24:10 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"swh_Latn"
] | [
0.5923,
0.4077,
0
] | Ubuzima
Ubuvuzi bwitwa "Complementary Therapies" bwatangiye gukoreshwa no mu Rwanda. Nsabimana Sylivestre ukora ubu buvuzi avuga ko bukorwa hagendewe ku kwifashisha ibirenge; ngo akaba ari ubuvuzi bwunganira ubwa kizungu; ndetse ngo si ubuvuzi gakondo kuko ari ubumenyi bwigwa mu ishuri kandi bukoreshwa henshi ku isi.
Banki y’Ubucuruzi yo mu gihugu cya Kenya (KCB); ishami ryayo rya Rusizi yatanze ibikoresho icumi ku bakiriya bayo barwaye Diyabeti babarizwa muri ako Karere mu rwego rwo kumenyekanisha no gukumira indwara ya Diyabete.
Inkongoro zikoreshwa mu kugaburira abana bakiri bato zishobora kugira uruhare rukomeye mu kubangiriza amenyo; mu gihe badafite ubundi buryo bwo kubagaburira. | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn"
] | allowed | c100a774da0590dded6e0724b62f9df9 | keep | [] | [
6.3,
7.7,
10,
10,
10,
10,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121016163607-crawl421/WIDE-20121016171915-02935.warc.gz | 543,336,814 | 5,886 | 22,635 | http://ferwafa.rw/competitions/first-division?start=32 | text/html | 2012-10-16T17:49:22 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] | [
0.9659,
0.0338,
0.0001
] | Primus National Football League
Rayon Sport yegukanye igikombe cy’Agaciro Development Fund
- Sunday, 16 September 2012
- Webmaster
Rayon Sport yegukanye igikombe cy’irushanwa ryo gushyigikira ‘Agaciro Development Fund’ nyuma yo gutsinda Mukura 1-0 ku cyumweru tariki ya 16/09/2012 kuri Sitade Amahoro.Read more...
Rayon Sport, Mukura ku mukino wanyuma
- Saturday, 15 September 2012
- Webmaster
Rayon Sport na Mukura zirahura ku mukino wanyuma w’irushwanwa ‘Agaciro Development Fund’ uteganyijwe kuri iki cyumweru kuri Sitade Amahoro.Last Updated on Sunday, 16 September 2012 06:59 Read more...
Amakipe yageze muri ½ cy’Irushwanwa Agaciro Devt. Fund
- Friday, 14 September 2012
- Webmaster
Nyuma yaho Komite Nyobozi ya FERWAFA iteranye kuri uyu wa gatanu tariki ya 14/09/2012 imaze kureba uko imikino y’amajonjora irangiye, ikurikije amategeko agenga amarushwanwa nk’uko yemejwe mu nama y’inteko Rusange yasanze amakipe azakina ½ finale akurikirana kuri ubu buryo;Read more...
Ibiciro byo kwinjira ku mikino ya 1/2 y'irushanwa "Agaciro Development Fund"
- Friday, 14 September 2012
- Webmaster
Ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru mu Rwanda (FERWAAFA) riramenyesha abakunzi b'umupira w'amaguru ko, imikino yose ya 1/2 y'irushanwa "Agaciro Development Fund" izabera kuri stade Amahoro i Remera tariki ya 15/09/2012.Last Updated on Friday, 14 September 2012 18:36 Read more...
More Articles...
- Itangazo rijyenewe abasifuzi
- Rayon, Kiyovu zitwaye neza
- Uko ibiciro bihagaze mu kwinjira kubibuga mw'irushanwa "agaciro development fund"
- Kwimura umukino wa APR/Amagaju
- Minisitiri w’intebe yasuye FERWAFA
- Amategeko agenga Irushanwa ry'ikigega ‘AGACIRO DEVELOPMENT FUND’
- Abasifuzi bazifashishwa mu mikino ya Agaciro Dev’t Fund
- D1: Calendrier ya Shampiyona y'icyiciro cya mbere 2012-2013
- FERWAFA na Bralirwa mu mishyikirano
- Etincelles FC yibitseho Igikombe cyo gushyigikira Agaciro Dev’t Fund | [
"srd_Latn",
"run_Latn",
"eng_Latn",
"zho_Hans",
"run_Latn",
"run_Latn",
"eng_Latn",
"zho_Hans",
"run_Latn",
"run_Latn",
"eng_Latn",
"zho_Hans",
"run_Latn",
"run_Latn",
"eng_Latn",
"zho_Hans",
"run_Latn",
"eng_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn"
] | allowed | dbbfb1e4fb35bdeb3fc4792b225b8e0a | keep | [] | [
5.4,
8.5,
10,
9,
9.2,
9,
9.6,
1,
0
] |
./WIDE-20121016163607-crawl421/WIDE-20121016171915-02935.warc.gz | 544,997,797 | 5,678 | 21,920 | http://ferwafa.rw/competitions/first-division?start=8 | text/html | 2012-10-16T17:49:34 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"swh_Latn"
] | [
0.9936,
0.0064,
0
] | Primus National Football League
Rayon Sport ikomeje gutsindwa
- Sunday, 30 September 2012
- Webmaster
Ikipe ya Rayon Sport niyorohewe muri uyu mwaka wa shampiyona ya 2012/13. Ku munsi wa gatatu wa shampiyona, Rayon Sport yatsinzwe na La Jeunesse 1-0 iwayo I Nyanza tariki ya 30/09/2012.Read more...
Abasifuzi batangiye gukoresha "Referees Electronic System"
- Sunday, 30 September 2012
- Webmaster
Abasifuzi basifura shampiyona y’icyiciro cya mbere batangiye gukoresha ikoranabuhanga “Referees Electronic System).Read more...
Rayon Sport ifitiye icyizere abatoza bayo
- Saturday, 29 September 2012
- Webmaster
Ubuyobozi bwa Rayon Sport buranyomoza amakuru avuga ko yaba ishaka kwirukana abatoza bayo, barimo Abdoul Mbarushimana dore nubwo batangiye Shampiyona nabi batsindwa.Read more...
SC Kiyovu yafashe umwanya wa mbere
- Saturday, 29 September 2012
- Webmaster
Nyuma yo gutsinda AS Kigali, ikipe ya SC Kiyovu yahise izamuka ku mwanya wa mbere ku rutonde rwa shampiyona y’icyiciro cya mbere n’amanota icyenda mu mikino itatu.Read more...
More Articles...
- Umunsi wa 3: Ibiciro by'imikino ya shampiyona
- Umunsi wa 3: Abakinnyi bari suspende
- Umukino wa Arsenal/Chelsea urabanziriza uwa APR na Police kuri Sitade Amahoro
- Abasifuzi bazasifura k'umunsi wa gatatu shampiyona
- [Update]Calendrier ya shampiyona icyiciro cya mbere umwaka 2012-2013
- AS Kigali ku mwanya wa mbere nyuma yo gutsinda Rayon Sport
- LICENCE+ izakoreshwa muri shampiyona 2013/14
- Shampiyona irakomeze kuri uyu wa kabiri
- Umutoza Beken yishimiye itsinzi
- Amakipe ane yitwaye neza ku munsi wa mbere wa Shampiyona | [
"srd_Latn",
"run_Latn",
"eng_Latn",
"zho_Hans",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"eng_Latn",
"zho_Hans",
"run_Latn",
"run_Latn",
"eng_Latn",
"zho_Hans",
"run_Latn",
"run_Latn",
"eng_Latn",
"zho_Hans",
"run_Latn",
"eng_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | b795512c618e3a993d8d2f4cab23b0c6 | keep | [] | [
6,
9,
10,
9.4,
10,
9.3,
9.1,
0,
0
] |
./WIDE-20121009023019-crawl339/WIDE-20121009034749-01410.warc.gz | 354,539,853 | 5,152 | 15,232 | http://orinfor.gov.rw/printmedia/news.php?type=rw&volumeid=701&cat=6&storyid=15945 | text/html | 2012-10-09T04:09:50 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] | [
0.9989,
0.0012,
0
] | APR FC -Marines(Regional)
Police FC - La Jeunesse (Kicukiro)
Etincelles FC - AS Muhanga (Umuganda)
Rayon Sports - Amagaju (Nyanza)
Ku munsi w’ejo kuwa gatandatu taliki ya 22 Nzeri 2012 nibwo shampiyona y’umupira w’amaguru mu cyiciro cya mbere mu Rwanda izaba itangiye. Kuri uyu mus iwa mbere haka hazakinwa imikino 4.
Shampiyona y’u Rwanda uyu mwaka igiye kwitabirwa n’amakipe 14 bitandukanye n’umwaka ushize aho yatangiye harimo amakipe 12 nyuma hakaza kwiyongeramo Isonga FC akaba 13. Iyi shampiyona ikaba izagaragaramo udushya twinshi aho abakunzi b’umupira w’amaguru batazongera kubona ikipe ya Rayon Sports muri Kigali kuko yarangije kwimukira i Nyanza, ntabwo kandi bazongera kubona umukinnyi witwa umunyamahanga mu ikipe ya APR FC na Police FC, hari kandi amakipe ya Musanze na Espoir FC azagaragaramo abakinyni bakuze cyane kurusha andi makipe.
APR FC mu isura nshya izaba yakiriye Marines FC
Ikipe ya APR FC isanzwe idakangwa na gatona n Marines FC kuko kuva aya makipe yatangira guhura nta munsi n’umwe Marines FC iratsinda APR FC cyangwa ngo zinganye. Byinshi byagiye bivuga ko Marines FC iberaho guha APR FC amanota. Umwaka ushize Marines FC yatsinzwe na APR FC ibitego 7 -0, maze mu mukino ukurikiyeho inganya na Rayon Sports ndetse itsinda Police FC , uyu mukino uri mu byabujije Police FC gutwara igikombe APR FC ikacyegukana. Aya makipe ariko reka bayavugeho ibi kuko yose asa nk’aho ari impanga kuko yose ni aya gisirikare. Gusa kuba Marines FC ishobora kuba iha APR FC amanota nta gihamya bifite n’ubwo biba byavuzwe kuko yaba ubuyobozi bwa APR FC ndetse na Marines FC ntawujya yemera ibyo.
Aya makipe rero afite umukino wa mbere ufungura shampiyona, ikipe ya APR FC nyuma yo kwegukana igikombe cya shampiyona ya 2011-2012 yirukanye abakinnyi b’abanyamahanga ndetse n’abatoza b’abazungu. Ubu uwavuga ko APR FC ari nshyashya ntabwo yaba yibeshye kuko ni ubwa mbere igiye gukina shampiyona nta munyamahanga urimo. Iyi politike ya APR FC ikaba iyisangiye na Marines FC kuko amakuru aturuka i Rubavu ngo ni uko nta munyamahanga ubarizwa muri iyi kipe. Aya makipe rero akaba ku munsi w’ejo kuwa gatandatu taliki ya 22 Nzeri 2012 aziyereka abakunzi bayo kuri Sitade ya Kigali i Nyamirambo ku isaha ya saa cyenda n’igice (15h30). APR FC mu isura nshya y’abakinnyi bakiri bato kandi b’abanyarwanda iraza akuba ikina umukino wayo wa mbere n’umutoza w’umunyarwanda Nshimiyimana Eric unatangaza ko nta bitangaza byinshi yizeza azakora ariko ko ikipe afite izagenda imenyerana ku buryo izavamo ikipe nziza kandi ishoboye. Abakinnyi APR FC yaguze uyu mwaka akaba ari abahoze mu Isonga FC barimo Bayisenge, Nsabimana,Hakizimana, Rusheshangoga, Muganza, Songa n’abandi, ikaba kandi yaraguze abakinyi basanzwe bakina mu makipe atandukanye nka Tumaini Ntamuhanga Titi na Bariyanga Hamdan wavuye muri Etincelles FC.
Hari n’indi mikino
Kuri sitade ya Kicukiro, ikipe ya Police FC izaba yakiriye La Jeunesse, amakipe ya hano mu mujyi kandi aziranye. Gusa yose yagize impinduka zikomeye aho Police FC nayo yasezereye abakinnyi b’abanyamahanga ikazana abanyarawanda. Naho ku ruhande rwa La Jeunesse, yazanye umutoza Okoko wanditse izina muri Mukura nyuma yo kuyihesha umwanya wa 3 muri shampiyona ishize. Uyu mukino rero ukaba uvuze byinshi kuri aya makipe yombi kuburyo azitwara muri shampiyona.
Ikipe ya Etincelles FC ikaba iza kuba yakiriye AS Muhanga yagaruts e mu cyiciro cya 1. Naho i Nyanza bikaza kuba ari ibirori aho abakunzi ba Rayon Sports nyuma y’imyaka 26 ikipe yabo izab ibakinira imbere, ikinira aho yavukiye. Rayon Sports izakina Amagaju ikipe nayo ya cyera ikaba iba Nyamagabe. Mu mukino uheruka guhuza aya makipe Rayon Sports yatsinze ibitego 6-1, ese niko biza kongera. Imikino ya shampiyona y’umunsi wa mbere ikaba izakomeza ku cyumweru taliki ya 23 Nzeri 2012. | [
"eng_Latn",
"ltz_Latn",
"glg_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | 1da1cd448605ca635e6a7a4866f39f72 | keep | [] | [
9.1,
9.8,
10,
10,
10,
10,
10,
5,
7.8
] |
./WIDE-20121024025314-crawl410/WIDE-20121024030953-03326.warc.gz | 922,283,420 | 11,152 | 53,999 | http://umuseke.com/?p=22318 | text/html | 2012-10-24T03:42:45 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] | [
0.8933,
0.1068,
0
] | Mu ijoro ribamo misa y’igitaramo cya Noheli, amasaha make mbere ya misa, Mario Balotelli yinjiye mu kabari i Manchester maze asengerera abo ahasanze inzoga z’amapound 1 000 (hafi miliyoni y’amanyarwanda)
Aka kabari akavuyemo, Balotelli yahise ajya hafi aho mu misa y’igitaramo cya Noheli, aho ngo yatuye (gutura) £200 mu gihe cyuwo muhango wo mukiriziya Gatulika.
Abanywi yasanze muri aka kabari ngo batunguwe no kubona akinjiyemo, ni akabari ko ku rwego rwo hasi cyane muri quartier ya Peel Hall, kadakwiye umukinnyi wagaciro ka miliyoni 24£
Umwe mu basengerewe yabwiye The sun ubwo yinjiraga mo ntawiyumvishaga ko ariwe koko, “ buri wese yaratunguwe, yinjiye yiturije, ubona ntanicyo yitayeho by’abandi ba ‘star’, buri wese yashaka kumuvugisha, ukabona ntacyo bimutwaye ndetse akanagurira ubishaka”
Aka kabari ntiyakamazemo umwanya munini, kuko yahise yerekeza mu kiriziya cya Mutagatifu Yohani aho hafi, mu misa y’igitaramo cya Noheli. Muri iyi kiriziya nayo iciye bugufi, ngo niho umutoza we Roberto Mancini nawe yumvise misa nkiyi ya Noheli umwaka ushize.
Ngiyi imwe mu mpamvu uyu mukinnyi yibazwaho byinshi, akora ibitandukanye nibimenyerewe, akora kandi ibyo utamukekera ku myaka 21 gusa. We ati: “Why Always Me?”
Ubwanditsi
UMUSEKE.COM
umwaka mushya umuyumugabo pe!!! ntumwana mwiza ubasha gusengera akageza hariya .ariko ikindi ariyoberanya kuva mukabari akajya gusenga .ubwo se IMANA yumvise amasengesho ye.??
afazari uyu mukinnyi.uwamunzanira muri zana irindi mfatiramo kamwe niwe wamara icyaka mba mfite dore ko nahashiriye.mumuyobore ninaha di!!
Ariko abantu burya hari byinshi mwitiranya cg se mutazi!!! @songo, ninde wakubwiyeko unyweye wese asinda!! Ubundi nta mugabo usinda, ahubwo arahembuka!!!
aragura pe. ese yagihe mu missa ya sinze??
Uyu mutype ni umuntu wumugabo kabisa.
rbvbvggvg | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"cat_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"nld_Latn"
] | allowed | c5e165c01130a7f20670673eae740cf6 | keep | [] | [
5,
6.5,
10,
9.6,
10,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121025021417-crawl410/WIDE-20121025021417-03546.warc.gz | 128,420,174 | 10,844 | 51,167 | http://umuseke.com/?p=44969 | text/html | 2012-10-25T02:20:30 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] | [
0.9183,
0.0817,
0
] | Ngabo Medard (Meddy) na Benjamin Mugisha (The Ben) abahanzi b’abanyarwanda baba muri Leta ya Texas, USA bari mu banyarwanda bazava muri iriya Leta bakerekeza muri Leta ya Massachusetts mu mujyi wa Boston ahazabera igikorwa cya ‘Rwanda Day’ kuva kuwa 21 Nzeri kugeza kuwa 23 Nzeri 2012.
Umuhanzi Mani Martin uba i Kigali akaba we yarahagaritse imurika rya Album ze ebyiri yagombaga kumurika kuwa 22 muri Serena Hotel kuko yemerewe kujya gususurutsa abazaba bari i Boston muri ‘Rwanda Day’ kuva kuwa 21 Nzeri.
Aba bahanzi bose bakaba bazafatanya gususurutsa abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda zizaba zaje muri uyu muhango ugiye kuba ku nshuro ya kabiri. Ubwambere Rwanda Day ikaba yarabereye i Chicago muri Leta ya Illinois aho abahanzi nka Miss Jojo, Kitoko, Kizito, Masamba n’abandi.
Umuhanzi Mani Martin yamaze guhaguruka yerekeza Boston, inshuti ze zivuga ko yazitangarije ko iki gikorwa kikirangira azahita agaruka gukomeza kwitegura kumurika Album ze yasize atamuritse.
Meddy na The Ben kuya 4 Nyakanga 2010 bagiye muri Georgetown University i Washington gususurutsa abari muri ‘Urugwiro Conference’ uyu muhango urangiye aba basore bahise baceremba ntibagaruka mu Rwanda, ubu bakaba bakorera muzika yabo muri Leta ya Texas muri USA.
Plaisir MUZOGEYE
UMUSEKE.COM
Mani Martin courage naho baliya basore bafite ubusembwa.
basore murakumbuwe peeeeeeeeeeeee!! mani martin ntakabasige murakenewe muri concert ye afite ibintu byiza yateguye.
courage basore kdi muzereke our president ko mutataye indangagaciro y’Abanyarwanda. Mani we mukundira ko aririmba neza live.
Chicago iba muri leta ya Illinois | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"cat_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | 4cecd3ca3c59ac68f0cf77d8aa3de757 | keep | [] | [
5.5,
6.6,
10,
10,
10,
10,
10,
2,
0
] |
./WIDE-20121214084052-crawl419/WIDE-20121214104723-07094.warc.gz | 609,980,907 | 12,044 | 64,771 | http://www.igihe.com///amakuru/muri-afurika/?debut_gh_news=144 | text/html | 2012-12-14T13:13:31 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kik_Latn"
] | [
0.9717,
0.0283,
0
] | Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) ufite icyicaro i Addis Abeba muri Ethiopiya, kuwa Kabiri tariki ya 24 Ukwakira 2012 watangaje ko igihugu...
Leta ya Sudani irashinja igihugu cyaIsrael kurasa uruganda rukora amasasu mu murwa mukuru, Kharthoum.
Nk’uko urubuga rwa BBC dukesha iyi nkuru...
Umuvugizi wa Leta ya Republika Iharanira Demokarasi ya Congo Lambert Mende Omalanga, ku wa Kabiri, tariki ya 23 Ukwakira 2012, yatangaje ko Leta...
Umutwe witwara gisirikare bitaramanyekana izina ryawo warwaniye n’ingabo za Leta y’u Burundi(FDN) mu Ntara ya Cibitoke, kuri uyu wa mbere tariki ya...
Umushinjacyaha mu Rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha Fatou Bensouda, kuri uyu wa mbere yatangaje ko arajwe ishinga no gukurikirana abantu bane bagize...
Abantu 2 batawe muri yombi na Polisi ya Uganda nyuma yo gukomeretsa ku jisho bakoresheje icyuma, Umukuru wa Polisi wungirije muri iki gihugu,...
Kuva ku Cyumweru, tariki ya 21 Ukwakira 2012, umujyi wa Bani Walid muri Libiya wamishweho ibisasu bya rutura n’ingabo za leta ya Libiya, bituma...
Leta y’inzibacyuho muri Guinea Bisau, irashinja igihugu cya Portugal kuba inyuma y’igikorwa cyo gushaka guhirika ubutegetsi bw’iki gihugu cyabaye mu...
Umutwe wa M23 urwanya Leta ya Repuburika Iharanira Demokarasi ya Congo, watangaje ko igice cya gisirikare cyawo kigiye kwitwa izina rishya....
Uwahoze ari umuvugizi ku butegetsi wa Mouammar Kadhafi, Moussa Ibrahim, ku wa Gatandatu tariki ya 20 Ukwakira 2012, yabeshyuje inkuru...
Umutwe wigometse ku butegetsi bwa Congo Kinshasa wa M23 uravuga ko hakenewe imishyikirano hagati yawo na Leta ya Congo kandi ukibutsa Leta ya...
Leta ya Uganda ivuga ko yiteguye kunyomoza ingingo ku yindi ibirego bikubiye muri raporo y’impuguke za Loni bivuga ko Uganda ishyigikiye...
Umugabo wo mu ntara ya Cibitoke mu Burundi yasambanyije inka, abaje kureba ibyo akora arabakubita ubu bakaba bari mu bitaro ; afashwe...
Ibyavuye mu iperereza by’agateganyo byashyizwe ahagaraga n’abari mu butumwa bwa Loni bwo kubungabunga amahoro muri Congo, bivuga ko ingabo za Congo...
Mu gihe mu gihugu cya Uganda hakomeje imishyikirano hagati ya Leta ya Congo Kinshasa n’umutwe uyirwanya wa M23, ibi biganiro kuri uyu wa mbere...
Tusemerirwe Rose utuye i Namuwongo muri Uganda, yatawe muri yombi na Polisi nyuma yo gushaka kuroga umwana we kubera gutereranwa n’uwo babyaranye...
Imishyikirano ihuza Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’abarwanyi b’umutwe wa M23 ibera i Munyonyo muri Uganda, yatangiranye no...
Inama za mbere zibanziriza ibiganiro hagati ya leta ya Congo Kinshasa n’umutwe uyirwanya wa M23, zasubitswe kubera impamvu zitandukanye zirimo no...
Nyuma y’isubikwa ry’ibiganiro byari biteganyijwe gutangira ku wa Gatanu i Kampala hagati y’umutwe wa M23 na Leta ya Congo Kinshasa, M23 yatangaje...
N’ubwo byari biteganyijwe ko kuri uyu wa Gatanu tariki ya karindwi Ukuboza Leta ya Congo Kinshasa yari kugirana ibiganiro n’umutwe wa M23, ibi...
Desmond Tutu wahoze ari musenyeri mukuru mu idini y’Abangilikani muri Afurika y’Epfo, akaba yaranahawe igihembo cy’amahoro cyitiriwe Nobel,...
Umukuru w’igihugu cya Afurika y’epfo Jacob Zuma, aratangaza ko yasuye umukambwe Nelson Mandela mu bitaro akavuga ko ameze neza.
Umuvugizi wa...
N’ubwo hamaze igihe havugwa ko ingabo za Loni zishinzwe kubungabunga amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO) bitabuza ko...
Kuri uyu Gatanu, tariki ya 7 Ukuboza 2012, i Dar es Salaam muri Tanzaniya, harateranira inama y’iminsi ibiri ihuje Abayobozi b’Umuryango w’Ibihugu...
Desmond Tutu wahoze ari musenyeri mukuru mu idini y’Abangilikani muri Afurika y’Epfo, akaba yaranahawe igihembo cy’amahoro cyitiriwe Nobel,...
Umugabo wo mu ntara ya Cibitoke mu Burundi yasambanyije inka, abaje kureba ibyo akora arabakubita ubu bakaba bari mu bitaro ; afashwe...
Mu gihe mu gihugu cya Uganda hakomeje imishyikirano hagati ya Leta ya Congo Kinshasa n’umutwe uyirwanya wa M23, ibi biganiro kuri uyu wa mbere...
N’ubwo hamaze igihe havugwa ko ingabo za Loni zishinzwe kubungabunga amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO) bitabuza ko...
Kubera urujya n’uruza rw’abantu bituma uburaya buhindura isura, u Bushinwa bwafashe ingamba zo guhagarika ingendo z’abagore b’Abagande bari munsi...
Imishyikirano ihuza Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’abarwanyi b’umutwe wa M23 ibera i Munyonyo muri Uganda, yatangiranye no...
Amakuru aturuka i Kampala muri Uganda ahabera ibiganiro hagati y’abarwanyi ba M23 na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aremeza ko kuri uyu...
Abantu bagera kuri 25 nibo bakomerekeye mu mpanuka y’imodoka ya Jaguar yabaye mu gitondo cyo ku wa Gatatu tariki ya 12 Ukuboza ubwo yavaga...
Umukuru w’igihugu cya Afurika y’epfo Jacob Zuma, aratangaza ko yasuye umukambwe Nelson Mandela mu bitaro akavuga ko ameze neza.
Umuvugizi wa...
Nyuma y’aho igisirikare cya Zimbabwe cyaherukaga muri Congo Kinshasa gufasha Perezida Laurent Desire Kabila guhashya abamurwanyaga, cyongeye...
Inama za mbere zibanziriza ibiganiro hagati ya leta ya Congo Kinshasa n’umutwe uyirwanya wa M23, zasubitswe kubera impamvu zitandukanye zirimo no...
Ibyavuye mu iperereza by’agateganyo byashyizwe ahagaraga n’abari mu butumwa bwa Loni bwo kubungabunga amahoro muri Congo, bivuga ko ingabo za Congo... | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | 2f94973f4810ac6038dbdee9be4327de | keep | [] | [
5.7,
9.7,
10,
9.4,
10,
10,
7.8,
0,
0
] |
./WIDE-20121127203257-crawl419/WIDE-20121127203944-06605.warc.gz | 36,163,331 | 10,735 | 55,294 | http://www.igihe.com///imikino/football/?debut_gh_news=84 | text/html | 2012-11-27T20:50:15 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] | [
0.9996,
0.0004,
0
] | Ikipe y’Igihugu y’umupira w’amaguru Amavubi iritegura gukina umukino wa kicuti n’Ikipe y’Igihugu y’umupira w’amaguru ya Namibia kuri uyu wa 13...
Umukinnyi myugariro akaba na Kapiteni w’ikipe y’umupira w’amaguru mu cyiciro cya mbere mu Bwongereza ya Manchester United, Nemanja Vidic yabaye...
Ikipe y’igihugu Amavubi izakina na Namibia mu mikino mpuzamahanga ya gicuti izaba mu kwezi kwa cumi n’ukwa cumi na kumwe uyu mwaka.
Nkuko umutoza...
Umukinnyi wabigize umwuga w’umupira w’amaguru wa Chelsea n’ikipe y’igihugu y’u Bwongereza John Terry yatangaje ku mugaragaro kuri iki Cyumweru kuwa 23...
Muri shampiyona y’icyiciro cya mbere mu mupira w’amaguru mu Bwongereza ikipe ya Manchester United yatsindiye i Anfield Liverpool ibitego 2-1 ku...
Ikipi y’umupira w’amaguru y’abasheshe akanguhe, Gorilla FC ibarizwa mu murenge wa Kanombe kuri iki cyumweru yateguye umukino w’ubusabane hagati...
Ku munsi wa mbere wa shampiyona y’umupira w’amaguru mu cyiciro cya mbere APR FC yatsinze Marine FC 2-0 mu mukino wa mbere wabereye kuri sitade ya...
Umutoza Seninga Innocent yagizwe umutoza wungirije w’Isonga FC aho agiye gufatanya na Mashami Vincent wari usanzwe ari umutoza w’Isonga FC...
Shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda mu cyiciro cya mbere, iratangira mu mpera z’iki Cyumweru, itangirane n’umubare w’amakipe 14.
Nk’uko urubuga...
Ubwo mu Rwanda hari hamenyerewe umupira w’amaguru ukinirwa ku bibuga bisanzwe ari binini, uretse iyo abakinnyi bari mu myitozo, bakaba ikibuga...
Mu irushanwa ry’amakipe yabaye ayambere iwayo ku mugabane y’u Burayi, Chelsea yaraye inganyije 2-2 na Juventus de Turin ku kibuga cyayo, Stamford...
Mu gikorwa cyo kwimuka ku ikipe ya Rayon Sports cyabaye kuri uyu wa 18 Nzeri 2012, umwe yapfuye abandi bari mu bitaro.
Ni mu rugendo...
Nyuma y’aho amakipe ya Manchester City na Chelsea zitsindiwe mu mikino y’amakipe yabaye aya mbere iwayo, kuri iki cyumweru aya makipe yombi...
Ishuri ryigisha umupira w’amaguru rya Gatsibo (Gatsibo Football Academy) ribifashijwemo na sosiyete y’itumanaho ya Airtel, rigiye kugirana...
Imikino ya CECAFA y’ibihugu yatangiye ikipe ya Uganda (the Cranes), itsinda Kenya Harambee Stars igitego kimwe ku busa (1-0).
Ikipe ya Uganda...
Imikino ya CECAFA ihuza amakipe y’ibihugu igiye kubera muri Uganda yitabiriwe n’ibihugu cumi na bibiri, igihugu cya Kenya cyari cyaratangaje ko...
Ubwo ku wa gatandatu tariki ya 24 kugeza tariki 8 Ukuboza 2012, amakipe y’ibihugu byo muri aka karere biza kuba bihatana mu mupira w’amaguru mu...
Man City ikipe yatwaye igikombe cya shampiyona mu Bwongereza umwaka ushize gukomeza mu irushanwa ry’amakipe yabaye ayambere iwayo bikomeje kuba...
Nyuma y’aho ikipe ya Chelsea yo mu Bwongereza itsindiwe ibitego 3-0 n’ikipe ya Juventus yo mu Butaliyani, umutoza Roberto Di Matteo yahise yerekwa...
Mu mukino wa mbere Amavubi yakinnye mu gikombe cy’amakipe yo mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba n’iyo hagati (CECAFA), yatangiye yitwara neza...
Wilfried Zaha, umukinnyi w’umupira w’amaguru mu Bwongereza mu ikipe ya Crystal Palace mu cyiciro cya kabiri, kuri ubu amakipe akomeye mu cyiciro...
Ubwo ku wa gatandatu tariki ya 24 kugeza tariki 8 Ukuboza 2012, amakipe y’ibihugu byo muri aka karere biza kuba bihatana mu mupira w’amaguru mu...
Nyuma y’aho ikipe ya Chelsea yo mu Bwongereza itsindiwe ibitego 3-0 n’ikipe ya Juventus yo mu Butaliyani, umutoza Roberto Di Matteo yahise yerekwa...
Ishuri ryigisha umupira w’amaguru rya Gatsibo (Gatsibo Football Academy) ribifashijwemo na sosiyete y’itumanaho ya Airtel, rigiye kugirana...
Mu mukino wa mbere Amavubi yakinnye mu gikombe cy’amakipe yo mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba n’iyo hagati (CECAFA), yatangiye yitwara neza...
Wilfried Zaha, umukinnyi w’umupira w’amaguru mu Bwongereza mu ikipe ya Crystal Palace mu cyiciro cya kabiri, kuri ubu amakipe akomeye mu cyiciro...
Imikino ya CECAFA ihuza amakipe y’ibihugu igiye kubera muri Uganda yitabiriwe n’ibihugu cumi na bibiri, igihugu cya Kenya cyari cyaratangaje ko...
Nyuma y’aho amakipe ya Manchester City na Chelsea zitsindiwe mu mikino y’amakipe yabaye aya mbere iwayo, kuri iki cyumweru aya makipe yombi...
Man City ikipe yatwaye igikombe cya shampiyona mu Bwongereza umwaka ushize gukomeza mu irushanwa ry’amakipe yabaye ayambere iwayo bikomeje kuba... | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | 591044164dee33c45e2c790ac4ea6c8a | keep | [] | [
5,
10,
10,
9,
9.1,
10,
7.2,
0,
0
] |
./WIDE-20121004113941-crawl335/WIDE-20121004120934-01355.warc.gz | 94,380,580 | 12,756 | 53,455 | http://ruhagoyacu.com/spip.php?article4390 | text/html | 2012-10-04T12:12:26 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] | [
0.9604,
0.0396,
0
] | Kuva kuri uyu wagatandatu tariki ya 30 Kamena kugeza tariki ya 22 Nyakanga haraba hatangiye isiganwa ry’amagare rizenguruka ubufaransa Le Tour de France 2012 riraba rikinwa ku nshuro ya 99 rikaza gutangirirra i Liege mu Bubirigi rikazasorezwa i Paris mu gace gafatwa nk’aka mbere keza kuri ino isi dutuye “La plus belle avenue du monde” ako ni Champs-Élysées.Iri rushanwa rimaze imyaka iruta iya ba sogokuru ryaba rihishe ibiki. Reka tubirebe.
Mu mwaka w’1903 asiganwa ku magare akaba ni umunyamakuru Henri Desgrange afatanyije n’ikinyamakuru l’auto batangije iri siganwa ubu riri ku isonga mu masiganwa 29 akomeye yemewe na federation mpuzamahanga y’umukino wo gusiganwa ku magare aya azwi nka UCI World tour arigwa mu ntege ni isiganwa rizenguruka ubutaliyani Giro d’Italia ndetse n’irizenguruka Espagne Vuelta a España.
Ibirometero 3 479 km nibyo bizirukwa n’abanyonzi bagera ku 198 bazaba bari mu makipe 22 azitabira irushanwa. Aya makipe byaba ari inzozi kuzumvamo Karisimbi y’iwacu kuko amakipe 18 ashyirwa mu gice cy’amakipe yabigize umwuga n’Impuzamashyirahamwe y’umukino w’amagare ku isi UCI ariyo aba yemerewe kandi agomba kwitabira amarushanwa yose akomeye ategurwa na UCI, UCI World tour kuri ayo hiyongeraho ane atumirwa n’ababa bateguye rimwe muri ayo marushanwa, nayo aba afite urwego ruhanitse ariho. Ibyiciro cyangwa etapes 20 nizo zizirukwa wongeyeho agace kazibanziriza k’ibirometero 6 na metero 400.
Uretse kuba iri rushanwa ariryo rya mbere ritanga amanota menshi haba ku barisiganwa ku giti cyabo ndetse n’amakipe babarizwamo, Tour de France inazwiho gushyirwamo agatubutse. Guhera mu mwaka wa 2007 ama Euro agera kuri miliyoni eshatu n’igice, ni ukuvuga asaga miliyari ebyiri na miliyoni magana arindwi mirongo itatu (2 730 000 000 Frw) niyo ashyirwa mu bihembo gusa usiganwa waje kumwanya wa mbere apfumbatishwa agera kuri miliyoni magana atatu mirongo itanu n’imwe (351 000 000Frw) aya ni ama Euro ibihumbi magana ane mirongo itanu, ahabwa umuntu umwe gusa usiganwa kandi abaye ari munsi y’imyaka 25 akaba yaranasize abandi ahaterera aya ma Euro aya ma Euro yagera ku bihumbi 495 maze uwo munyamahirwe akaba yakwitahanira hafi miliyoni magana ane (400 000 000) mu minsi iri munsi y’ukwezi. Aya kandi ntihabariwemo ayo ahabwa kubera gutsinda ama etape atandukanye ndetse n’ahembwa ikipe yaturutsemo. Umukinnyi witabiriye iri siganwa amafaranga make yatahana ni ibihumbi 312 igihe yaba aherutse abandi bose.
Uretse kuba iri rushanwa ariryo rya mbere ritanga amanota menshi haba ku barisiganwa ku giti cyabo ndetse n’amakipe babarizwamo, Tour de France inazwiho gushyirwamo agatubutse. Guhera mu mwaka wa 2007 ama Euro agera kuri miliyoni eshatu n’igice, ni ukuvuga asaga miliyari ebyiri na miliyoni magana arindwi mirongo itatu (2 730 000 000 Frw) niyo ashyirwa mu bihembo gusa usiganwa waje kumwanya wa mbere apfumbatishwa agera kuri miliyoni magana atatu mirongo itanu n’imwe (351 000 000Frw) aya ni ama Euro ibihumbi magana ane mirongo itanu, ahabwa umuntu umwe gusa usiganwa kandi abaye ari munsi y’imyaka 25 akaba yaranasize abandi ahaterera aya ma Euro aya ma Euro yagera ku bihumbi 495 maze uwo munyamahirwe akaba yakwitahanira hafi miliyoni magana ane (400 000 000) mu minsi iri munsi y’ukwezi. Aya kandi ntihabariwemo ayo ahabwa kubera gutsinda ama etape atandukanye ndetse n’ahembwa ikipe yaturutsemo. Umukinnyi witabiriye iri siganwa amafaranga make yatahana ni ibihumbi 312 igihe yaba aherutse abandi bose.
Gusa iri siganwa ryaje guhura n’ibibazo by’abakinnyi bafata imiti yongera ingufu ifatwa nk’ibiyobyabwenge. Kubwiyo mpamvu muryatangiye nturi buze kubona igihangange Alberto Contandor waje guhagarikwa imyaka ibiri mu kwa kabiri k’uyu mwaka. Uyu munya Espagne watwaye isiganwa rya 2007 na 2009, yaje kwamburwa irya 2010 nyuma yuko bigaragaye ko kuritwara yabifashijwemo n’ibyo yari yiteye, ari nako yaje guhagarikwa imyaka ibiri atajya mu marushanwa yose. Iki kibazo ariko si icy’uyu munsi kuko kuva mu myaka ya za 60 imiti nkiyi yagiye yifashishwa n’abanyonzi muri Tour de France kugeza aho mu mwaka w’ 1967 uwitwa Tom Simpson yaje kwitaba Imana mu isiganwa hagati azira bene iyo miti. Umunyamerika Lens Armstrong nawe byavuzwe cyane ko imiti yongera ingufu ishobora kuba iri mu by’amufashije kwegukana iri rushanwa inshuro 7. Gusa uyu we, ibizamini byamugize umwere kugeza ubu.
Muri rusange, iri rushanwa rikinwa kunshuro ya 99, Lens Armstrong twavugaga haruguru, niwe urifite kenshi yaritwaye karindwi hagati y’umwaka w1999 na 2005. Igihugu cy’ubufaransa ku nshuro 36, nicyo kimaze kuba icyambere kenshi. Umukinnyi w’umwana watwaye iri rushanwa ni umufaransa Henri Cornet aho mu mwaka w’1904 yaritwaye abura iminsi 11 ngo yuzuze imyaka 20 mu gihe kumyaka 36 n’amezi ane umubirigi Firmin Lambot ariwe wegukanye Tour de France asheshe akanguhe. Aha hari muw’1922. Abakinnyi nka Ottavio Bottecchia mu 1924, Nicolas Frantz mu 1928, Romain Maes mu 1935 na Jacques Anquetil mu 1961 bambaye Mayo y’umuhondo(Maillot Jaune) kuva irushanwa ryatangira kugeza rirangira. Ni ukuvuga ko ntawigeze abajya imbere mu irushanwa ryose mu gihe Jean Robic mu 1947 na Jan Janssen mu 1968 batwaye iri rushanwa batazi uko iyo mayo isa.
Ngaho rero abakunzi b’amagare ni ahanyu gukurikirana iri siganwa rica ku isinzi ry’ibitangazamakuru hanyuma mu gategereza iry’iwacu muzareba imbona nkubone mukwa cumi na kumwe. | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | f4e7b5f4819b412e7a1cba0ab635f52f | keep | [] | [
7.8,
10,
10,
10,
10,
9.3,
8.8,
7,
8
] |
./WIDE-20121002223911-crawl336/WIDE-20121002223911-01129.warc.gz | 973,855,526 | 10,376 | 49,275 | http://ibishya.biz/category/imyidagaduro/ | text/html | 2012-10-02T23:09:05 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] | [
0.9184,
0.0816,
0
] | Home » Archives by category » IMYIDAGADURO
BEYONCE YAKOZE IMIPIRA IZAJYA YAMBARWA N’UMUKOBWA WE BLUE IVY CARTER MURWEGO RWO KWAMAMAZA OBAMA MU MATORA
Umuhanzi kazi akaba n’umunyamideli Beyonce Knowles Gisele ukomeje kugaragaza we n’umugabo we Jay-z ugushyigikira cyane Barack obama mu matora ubu noneho n’umukobwa wabo w’amezi umunani nawe ariwe Blue Ivy carter yakorewe imipira yo kwambara n’uruganda rwa nyina (beyonce) rukora imyenda rwitwa House of Dereon azajya yambara muriyi minsi yo kwiyamamaza kwa Barack Obama. Nkuko nyina [...]
50 CENT YABUZE GATO NGWARASWE N’UMUSORE WITWA GUNPLAY K’UMUNSI W’IBIHEMBO BYA BET AWARDS – REBA UKO ABIVUGAHO
Mu ijoro ryo kuwa gatanu rishyira kuwa gatandatu nibwo ibintu byari ibicika mu mujyi w’atlanta, benshi mu bahanzi bakozanijeho, harimo imirwano yahuje Young Jeezy na mugenzi we Rick ross, ndetse n’agambo mabi 50 cent yabwiranye na Sean Diddy Combs, mu nyuma ubwo 50 cent yaramaze gushwana na P.Diddy yarongeye yadukira umusore ubarizwa mu itsinda rya [...]
KUBERA UBWAMBUZI BWA CHAMELEONE ASIGAYE AJYANA KURI STAGE ABARINZI 10 KUGIRANGO POLICE ITAMUTWARA – REBA IBYAMUBAYEHO NAIROBI
Jose Chameleone ukunzwe cyane ubu mu ndirimbo nka Valu Valu n’izindi nyinshi, kubera ubwambuzi n’imyenda afiteye bamwe mu ba promoters b’umuziki ubu asigaye yitwaza abarinzi bagera ku 10 ngo kugirango hatagira umukoraho. Inkuru dukesha ikinyamakuru cya Kenyan Post ngo k’umunsi wo ku wagatandatu nibwo yari yagiye gutaramira abanya Nairobi (Muri kenya) ngokubera imyenda afite bamwe [...]
RAOUL SHUNGU ARAGERA I KIGALI KURI UYU WA KABIRI KUVUGANA NA RAYON SPORT.
Raoul Shungu, umutoza w’ikipe ya Vita Club yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo wungirije wigeze no gutoza Rayon sports ategerejwe i Kigali kuri uyu wa kabiri tariki 02 Ukwakira 2012 kugira ngo agirane ibiganiro na Rayon ndetse asinye amasezerano muri iyi kipe. Raul ubu atoza ikipe ya Vita club ariko amasezerano yari afite muri [...]
NUBWO RICK ROSS AGARAGARA NK’UMUSORE KURI YOUNG JEEZY MU MIRWANO BIRAHINDUKA – REBA VIDEO JEEZY AHONDAGURA ROZY
Ku isaha ya saa 7 n’iminota 15 z’igitondo (7:15 am) ku isaha yo muri amerika nibwo imirwano yaririmbanije hagati y’ibyamamare 2 mu njyana ya Rap aribyo Rick Ross na mugenzi we Young Jeezy. Nkuko tubikesha ikinyamakuru cya TMZ cyandikira muri amerika ng’ukutumvikana kwahereye k’umugambo atari meza umuhanzi rick ross yavuzeho kuri young jeezy ubwo [...]
UMUHANZI URIRIMBA INJYANA YA GOSPEL BIZIMANA PATIENT NYUMA Y’IGITARAMO YARAYE AKOZE, YAKOZE IMPANUKA UBWO YARI MUNZIRA ATAHA.
Umuhanzi Patient Bizimana yakoze impanuka ikomeye ubwo bamugongaga n’imodoka, saa yine z’ijoro atashye i Gikondo, nyuma y’igitaramo gikomeye cyagaragayemo abahanzi ba gospel barimo Cpt Simon Kabera, Aime Uwimana, Dominic Nic, Cubaka justin, Bobo, The Blessing Family, Gaby Irene Kamanzi na Nelson Mucyo, igitaramo cya Patient Bizimana cyaraye gishimishije abakunzi b’indirimbo z’Imana kuri icyi cyumweru tariki [...]
NKUNDA CYANE WIZ KHALIFA NTITAYE KWARI UMUHANZI NDETSE NIBYO ABANTU BATUVUGAHO – AMBER ROSE
Umunyamideli kazi Amber Rose ubu ukuriwe aho yitegura umwana we w’imfura azabyarana n’umukunzi we akaba n’umuhanzi Wiz Khalifa mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru cya XXL Magazine yavuzeko akunda cyane umukunzi we Wiz Khalifa atitaye kubyo abantu bavuga cyangwa uburyo bamubona. N’umuhungu mwiza cyane, icyo kikaba arikimwe mu byatumye mukunda cyane nkaba nshaka no kubwira bamwe mubakeka [...]
KUBERA IKIBAZO CY’UBURWAYI JUSTIN BIEBER YANANIWE KWIHANGANA ARUKA KURI STAGE – REBA VIDEO N’AMAFOTO
Umuhanzi Justin Bieber ubu utamerewe neza murino minsi kubera ikibazo cy’uburwayi, aho arimo kugenda azenguruka isi mu gitaramo yise Believe (believe tour), mu ijoro ryakeye yari yataramiye abatuye arizona, ubwo igitaramo cyageraga hagati gishyushye uburwayi bwaje kwivangamo maze Justin Bieber ananirwa kwihangana aruka kuri stage. Mu gihe umusore w’imyaka 18 justin bieber yaratangiye kuruka yahise [...]
JAY POLLY ATI:: NTABWO NIGEZE NSABA IMBABAZI ABANYAMAKURU AHUBWO NAZISABYE ABANYARWANDA N’ABANDI BABABAJWE NIBYO NAVUZE.
Umuhanzi wo mu njyana ya Hip Hop mu Rwanda, Tuyishime Joshua (Jay Polly) aravuga ko adafitanye ikibazo n’abanyamakuru bose, ahubwo agifitanye na bamwe muri bo kandi nabo ngo bariyizi. Avuga ko atasabye imbabazi abanyamakuru, ahubwo ngo yazisabye Abanyarwanda n’abandi bababajwe n’amagambo yavuze anenga abanyamakuru. Jay Polly, avuga ko abo yanenze ari abandika inkuru badahagazeho batanafitiye [...]
ABAMAZE KUBONA AMASHUSHO YIY’INDIRIMBO BAREMEZAKO ARIYO NDIRIMBO YAMBERE IKOZWE NEZA HANO MU RWANDA (NGWINO NKWEREKE YA CINEY NA LIL P) – KANDA HANO UYIREBE
Ninyuma Yigihe Kigera Kucyumeru Kimwe Abantu Babona Amafoto Atandukanye Kumbuga Z’Internet, Ayamafoto Akaba Yaragaragazaga Ifatwa Ry’Amashusho Y’Indirimbo Ya Ciney Iyindirimbo Ikaba Yitwa Ngwino Nkwereke Muri Iyi Ndirimbo Afatanyije N’Umuraperi Uzwi Kw’Izina Rya Lil P, Abantu Benshi Babonye Ifatwa Ry’ayamashusho Bakaba Baribazaga Uburyo Video Yiy’Indirimbo Izaba Imeze, Kuri Ubungubu Noneho Aya Mashusho Akaba Yageze Ahagaragara, Bamwe [...] | [
"eng_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | 8b1b8081091090dbee809a1166d30f1b | keep | [] | [
5.3,
6,
10,
9.8,
10,
10,
10,
6,
0
] |
./WIDE-20121017150351-crawl410/WIDE-20121017160622-02311.warc.gz | 182,407,887 | 6,173 | 22,929 | http://umuseke.com/?cat=16&paged=2 | text/html | 2012-10-17T16:20:19 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] | [
0.9717,
0.0283,
0
] | Icyorezo cya Ebola kiri ku vugwa mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa Congo ubu kimaze guhitana abagera kuri 32 nkuko OMS yabitangaje kuwa 18 Nzeri 2012. Kugeza
Inkuru irambuye »
Kubera uruzuba rw’igikatu, amapfa akomeye yibasiye igihugu cya Zimbabwe ku buryo miliyoni 16 z’abanyazimbabwe ubu ngo bakeneye imfashanyo y’ibiribwa ku buryo bwihutirwa. Umunyamakuru wa AFP
Inkuru irambuye »
Kuri uyu wa kane ni bwo amakuru yasakaye mu binyamakuru bitandukanye avuga ko umutwe wa M23 ushinja Igisirikare cya Leta ya Congo kwica bagenzi babo 6 babaziza ko bavuga ururimi ...
Christopher Stevens wari uhagarariye Amerika muri Libya ari mu banyamerika bane bazize igitero ku nyubako y’abanyamerika iri i Benghazi nkuko byemejwe na President Barack Obama.
[caption id="attachment_44452" align="aligncenter" width="560"] Christopher Stevens[/caption]
Abagabo ...
Tariki 19/08/2012 ubwo Président Yahya Jammeh yavugaga ko abantu 47 bakatiwe urwo gupfa bagomba kuruhabwa bitarenze uku kwa cyenda, benshi bagizengo arakina cyangwa se azisubira, ashwi da! Muri abo 47 ...
Umutwewa M23 wigometse ku butegetsi bwa Kinshasa wafashe icyumweru cyo gusobanurira ibihugu bimwe ku mugabane w’Uburayi impamvu yatumye ufata intwaro.
[caption id="attachment_44228" align="aligncenter" width="433"] Stanislas Baleke uyoboye intumwa za M23 zerekeje ...
Kuri iki cyumweru, Abantu benshi cyane bari bateraniye ku rubuga rwitwa Meskel Square i Addis Ababa mu mihango yo gusezera kuwahoze ari Ministre w’Intebe wa Ethiopia Meles Zenawi witabye Imana ...
Inama y’abasenyeri n'abashumba bo mu madini y’abapantekoti muri Congo Kinshasa bandikiye amabaruwa ba President Paul Kagame na Kaguta Museveni wa Uganda babasaba ko babaha umwanya wo kubonana bakaganira ku bibazo ...
Kuri uyu wa mbere tariki 27 Kanama, umubare munini w'abagore muri Togo batangiye imyigaragambyo yo kutagira icyo bamarira abagabo babo mu gihe cy’icyumweru mu kugaragaza ko badashyigikiye President Faure Gnassingbe ndetse ...
Nubwo M23 ariwo mutwe ubu uri ku ruhembe rw’ivugwaho guteza umutekano mucye muri DR Congo, indi mitwe irenga 15 irwanira muri Congo nayo benshi babona ko igaragaza intege nke za ...
« Paji ibanza — Paji ikurikira » | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"azb_Arab",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn"
] | allowed | 022ed40f8ccbc5d71ac23f10b1d7fc8e | keep | [] | [
5.4,
7.2,
10,
9.8,
10,
9.6,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121014213330-crawl335/WIDE-20121014222945-02392.warc.gz | 157,821,352 | 12,289 | 51,975 | http://www.ruhagoyacu.com/spip.php?article4996 | text/html | 2012-10-14T22:38:01 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] | [
0.9931,
0.0069,
0
] | Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu mupira w’amaguru mu Rwanda imaze hafi icyumweru kirenga itangiye. Mbere y’uko itangira, abenshi mu bakunzi b’umupira w’amaguru bari bayitezeho ibitangaza kubera impinduka n’imvugo zari zimaze iminsi zigaragara mu makipe atandukanye bakunda. Twavuga nk’imvugo ebyiri zaranze icyo gihe : Kugabanya abakinnyi b’abanyamahanga no gukinisha abana b’Abanyarwanda ndetse no kwita ku buzima bw’abakinnyi igihe bari mu kibuga.
Guhera ku rwego rukuriye umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA ukageza ku bayobozi b’amakipe, intero yari ukugabanya abakinnyi b’abanyamahanga bakinaga muri Shampiyona, hanyuma ayo makipe akerekeza amaso ku bakinnyi b’Abanyarwanda ariko cyane cyane abakiri bato.
Mu ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru FERWAFA, itegeko rigenga abakinnyi b’abanyamahanga ryarahindutse. Inama rusange ya FERWAFA yemeza ko nta kipe igomba kurenza abakinnyi b’abanyamahanga bane kuri cumi n’umunani bemewe kuri buri mukino. No mu makipe byarahindutse ku buryo butangaje.
Amakipe nka Polisi na APR FC yabimburiye andi mu kurekura abakinnyi b’abanyamahanga bakomeye yari afite maze agura abakinnyi bakiri bato basanga abandi bari basanzwe muri ayo makipe.
Ibi byarabaye ndtse abatari bake barabishima. Bati “Kera kabaye bigiye kugaragara ko umukinnyi w’umwenegihugu ashobora gutera umupira”.
Ibi byose byakozwe kugirango yaba abo bakinnyi bahabwe umwanya wo gukina bityo babashe gutera imbere birushijeho. Gusa hari ibindi byo gukora cyangwa kuvugurura kugirango iryo terambere rigerweho koko kandi kugirango isura ya Shampiyona ikomeze kuba nziza mu karere.
kugirango umuntu wese atere imbere agomba kuba afite ubuzima buzira umuze. Ibi biba umwihariko ku bakinnyi kuko ubuzima bwabo buba bushobora kugira ikibazo igihe cyose bari mu kibuga.
Hari ibibuga bimwe na bimwe utasangaho « Ambulance »
Nyuma y’uko shampiyona y’umwaka ushize irangiriye mu kwezi kwa gatanu, ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA ryasabye amakipe yose akina icyiciro cya mbere n’icya kabiri gutegura no kwerekana uburyo abakinnyi bashobora kurengerwa igihe bagize ikibazo ari mi kibuga.
Ibi byagombaga gukorwa mbere y’uko Shampiyona y’uyu mwaka itangira. Muri byo twavuga imodoka itwara abarwayi « Ambulance ».
Byagaragaye ko umukinnyi ashobora kugira ikibazo kirenze ubushobozi bw’umuganga uri u kibuga. Icyo gihe aba agomba kugezwa ku bitaro cyangwa ivuriro hakoreshejwe iyo ambulance. Nyamara birababaje kuba Shampiyona yaratangiye icyo kintu kitaritaweho.
Byagaragaye ko ku mikino imwe n’imwe nta ambulance wari gusanga kuri Stade ndetse yewe no hafi yaho. Aha twavuga nk’umukino wahuje AS Kigali na Rayon Sports, uwahuje APR FC na AS Muhanga ndetse n’uwahuje Mukura VS na Marines FC.
Ibi rero bituma wibaza niba Ferwafa yaravuze kuriya nyuma yo kubona ibyabaye ku mukinnyi Fabrice MUAMBA ikabona ko ikibazo yagize gishobora no kuba ku mukinnyi wo mu Rwanda, nyuma ikaza kubyibagirwa.
Ibi rero bikwiye kuba itegeko kuri buri kipe nk’uko byari biteganijwe. Bijyana no kugira ubwingizi kuri buri mukinnyi. Ibi bifasha umukinnyi kuvurwa ku buryo bwizewe kuko akenshi nta kibazo cy’ubushobozi ashobora kugera mu kwivuza.
Abafana basahindira abakinnyi n’abatoza.
Stade Amahoro ni yo yonyine umufana adashobora gukora ku mukinnyi uko yishakiye. Guhura kw’abantu si bibi ariko iyo umukinnyi ari mu kibuga aba akeneye gushyira ibitekerezo bye ku mukino kugirango agere ku ntsinzi nk’uko aba abyifuza.
Ku bibuga bimwe na bimwe usanga abafana bashobora kwegera no kubyiga abakinnyi uko bishakiye. Ibi biterwa n’uko nta bantu bihariye baba bashinzwe umutekano w’abo bakinnyi.
Byakabaye byiza ku bibuga hashyizweho ahantu ntarengwa ku bafana kugirango umukinnyi uri mukibuga yisanzure kuko ibi ntibitanga isura nziza ku mupira w’u Rwanda. Niba Abanyarwanda bifuza ko imikino ya Shampiyona yajya inyura ku ma Televiziyo mpuzamahanga, ni gute televiziyo runaka izerekana umukino abafata amashusho « Cameramen » bari kwigizayo abafana ?
Ntabwo bigaragara neza iyo umunyamakuru ari kuvugana n’umutoza nyuma y’umukino(Dore ko akenshi baba bahagaze mu kibuga) ugasanga abafana bari kubabyiga.
Kuri byo kandi twavuga nko kongera umubare w’abashinzwe umutekano ku bibuga (cyane cyane abapolisi) kandi bakahagera kare. Ndetse no kuba Ferwafa yasaba amakipe kujya ku mukino yitwaje imyenda ibiri ya buri mukinnyi. Hari igihe umwenda w’umukinnyi ucika bikaba ngombwa ko awusimbuza uwa mugenzi we utari mu kibuga kandi bidahuje nimero... | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | 3edceeb17ad96f797141ea1473ba7fc5 | keep | [] | [
6.6,
7.4,
10,
10,
10,
10,
10,
7,
0
] |
./WIDE-20121014213330-crawl335/WIDE-20121014222945-02392.warc.gz | 161,899,550 | 11,077 | 48,516 | http://www.ruhagoyacu.com/spip.php?article4995 | text/html | 2012-10-14T22:38:24 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] | [
0.9994,
0.0006,
0
] | Umukinnyi w’ikipe y’igihugu ya Volleyball Dusabimana Vincent bakunda kwita Gasongo ari gukora igeragezwa mu ikipe yo mu gihugu cya Qatar yitwa Al Gharafa Sport club.
Mu kiganiro yagiranye na RuhagoYacu, Gasongo avuga ko igeragezwa ari gukora abona rigenda neza akaba yizeye kuritsinda akaba yasinya amaezerano muri iyi kipe y’abarabu. Gasongo yageze muri Al Gharafa ku itariki ya 19 Nzeri aturutse mu ikipe ya Etoile Sportive de Setiff yo muri Algeria.
Iyi kipe ya Al Gharafa Sport club iri kugerageza abakinnyi benshi barimo na Gasongo. Ku mwanya akina ho hakaba hari undi mukinnyi umwe nawe uri mu igeragezwa. Gasongo avuga nta kibazo yagize kuva yagera muri Al Gharafa ku buryo igeragezwa ryagenze neza.
Kuri ubu ngo aba bakinnyi bari mu igeragezwa bakinishwa imikino ya gicuti itandukanye.
Al Gharafa ni imwe mu makipe yo bihugu by’abarabu ari ku rwego ruhimishije mu mukino wa Volleyball ku rwego rw’isi.
Uyu mukinnyi Dusabimana Vincent yatangiye kugaragarira abatoza mu mwaka wa 2010 ubwo Kaminuza y’u Rwanda yatwaraga igikombe cya shampiyona ariko anigaragaza cyane ubwo ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 20 yajyaga mu myitozo muri Brazil aho yatozwaga n’umunyabrazil Paulo de Tarsio.
Umwaka ushize ni bwo Gasongo na bagenzi be bakina mu ikipe y’ikipe y’igihugu berekeje mu gihugu cya Algeria.
Aha Muri Qatar hari n’undi mukinnyi w’umunyarwanda akaba na Capiteni w;ikipe y’igihugu Mukunzi Christophe. Uyu we ari kugerageza amahirwe mu ikipe ya Al-Arabi Sports Club. | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | d592d7e9e57c1f48d803f64f13059cbb | keep | [] | [
8.2,
10,
10,
10,
10,
10,
10,
2,
0
] |
./WIDE-20121022185557-crawl410/WIDE-20121022195209-03111.warc.gz | 797,080,944 | 11,418 | 57,357 | http://umuseke.com/?p=11527 | text/html | 2012-10-22T20:42:09 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"swh_Latn"
] | [
0.9004,
0.0996,
0
] | Biravugwa ko Arsenal FC ikeneye cyane ba rutahuzamu muri iyi minsi. None uyu mugabo yaba ariwe gisubizo se?
Verne Troyer, umugabo ubana n’ubumuga bwo kuba mugufi cyane (igikuri) akaba kandi umukinnyi w’amafilm ukomeye, yagaragaye yambaye umwenda w’ikipe ya Arsenal i Londres hafi yahi ikorera imyitozo, bituma abafana bayo bibaza niba ariwe gisubizo cya ba rutahizamu muri Arsenal.
Wenger udapfa kurekura Cash uko yiboneye, abafana ba Arsenal bakaba batebya bati: “Nasinyishe uyu mugabo wa centimetero 85 maze ajye afatanya na Robin Van Persie bashake ibitego”
Umuseke.com
Ewana uyu we niwe bavuze na Persie nashake ajye avunika buri munsi twabonye uzajya amusimbura.Na Nasri nibashaka bamuteze.
sha jye arsenal nyivuyeho nimba aruku isigaye ibigenza,ngiye kubatizwa muri man utd,mbega ikintu,ibidutera umwaku byo ni byinshi peeee
reka reka uyu nta mmukinyi urimo
tugeze aho gusinyisha ibikuri
ubu se koko iki cyatsinda MAN U
erega nacyo cyasetse(igikuri)
NDUMVA IYI ATARI INKURU. NTACYO UVUZE.
Hahahahaaaa,hehe,umuseke ndabemera pe,nk unda ko munaturuhura iyo bibaye ngombwa,voilà!
arsenal yananiwe gukina football none igiye gukina comedy!ngo uburiye mukwe ntako aba atagize koko!
sha uyu muntu afatanyije na Nasri, na Arshavin, ntako byasa! byaba ari hatari!
Wenger niwe ubadutezza bage bivugira
cool
haahaa!!uyu mukinnyi nyamara murabiseka yajya anyura mu maguru y’abandi maze akabimariramo zigata izazo!ubu ugirango amapenalitie yakoresha bayakira?wenger ni arekure ama pound
muri abagabo pe | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"cat_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"dik_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn"
] | allowed | ea3e3b01207c2ab2feb33e08cef2069d | keep | [] | [
6.7,
8.2,
10,
10,
10,
10,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121021172253-crawl410/WIDE-20121021182539-02937.warc.gz | 718,729,723 | 10,791 | 52,452 | http://umuseke.com/?p=9579 | text/html | 2012-10-21T19:16:37 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] | [
0.9864,
0.0137,
0
] | Mu marushanwa ya CECAFA Kagame cup 2011, ikipe ya APR FC yatsinzwe n’ikipe ya St George yo muri Ethiopia ibitego 3-1 mu mukino wo mu matsinda waberaga kuri Jamhuli stadium mu mujyi wa Morogoro, Tanzania.
Ni umukino warebwe n’abantu benshi cyane ko aya makipe ari mu makipe akomeye muri iri tsinda, ndetse by’umwihariko akaba ari nayo yahuriye ku mukino wanyuma muri CECAFA Kagame Cup mu mwaka ushize aho APR yatsinze St George 2-1.
Muri iri tsinda ikipe ya APR iracyafite akazi gakomeye kuko igomba gutsinda ikipe ya Ulinzi (y’ingabo muri Kenya) kugirango yizere gukomeza mu kiciro gikurikiyeho.
Nyuma yo kunganya 1-1 mu gice cya mbere ikipe ya APR yatsinwe mu gice cya kabiri ibitego 2.
Ulinzi yo ikaba yaraye inyagiye ikipe ya Ports ibitego 9-0.
Imikino yaraye ibaye yagenze itya:
Kuwa kane
Group C
APR 1-3 St.George
Ulinzi 9-0 Ports
Group B
Bunamwaya 1-1 El-Mereikh
Elman 0-2 Yanga
Imikino iba uyu munsi kuwa gatanu
Group A
Red Sea vs Vital O’
Etincelles vs Simba
Imikino yo kuwa gatandatu
Group B
Elman vs Mereikh
Yanga vs Bunamwaya
Group C
St.George vs Ports
Ulinzi vs APR
Jean Paul Gashumba
umuseke.com
byiza byaneeee!!! babuze uko batanga ruswa nabo bazajyabagaragara iyo basohokeye u Rwanda. gusa baba badusebeje kuko baba basohokeye igihugu. nibaze bitwarire ibyo murwanda aho bafite uburenganzira ku musifuzi.
nuko barakoze nibatahe ,kuva nava i nyaruteja ndumiwe ,APR izajye itegereza ibyo abasifuzi bayiha naho hanze siko bimeze kuko ba nzenze ntabwo babayo.kwica football yigihugu byo barabishoboye.nibajye kuzana abahashyi rero muri st george kuko police na rayon tutibagiwe na kiyovu nazo zaje kandi intego nimwe ni ukwandagaza igikona
APR iransekeje kabisa;;;;….Ahandi hari umupira ntibatsinda cyangwa ngo batsindwe kuko ariko byategetse, ahubwo barabikorera.
Hano mu Rda bigaruriye umupira waho kuko umusifuzi usifuye ko itsinze arara mu buroko cg agahozwa ku nkeke.
Nimubona hari aho bageze muzansangize n’ihuku.
Ngaho nibaze bibere star a domicile ibindi babireke kuko si ibyabo.
Boooooooo Booooooooooo
ibihangange niko bigenda iyo bitsinzwe biratsindwa bikagaragar,nanone byatsinda bigatsinda bigaragara.
st george yayirushaga bigaragara ntawabitindaho APR y’ubu nta kizere itanga nk’iya ba jimmy gatete abayobozi bayo nibakubure bagure abakinnyi nta kipe bafite | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"swh_Latn",
"hne_Deva",
"zho_Hant",
"swh_Latn",
"zho_Hant",
"cat_Latn",
"sag_Latn",
"run_Latn",
"eng_Latn",
"spa_Latn",
"swh_Latn",
"run_Latn",
"zho_Hant",
"lim_Latn",
"sag_Latn",
"hne_Deva",
"lim_Latn",
"swh_Latn",
"run_Latn",
"cat_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"wol_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn"
] | allowed | 2d51cf7bd0d42e5a49f3eb2cde10e68f | keep | [] | [
5.2,
6.4,
10,
10,
10,
10,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121108195634-crawl412/WIDE-20121108230348-04904.warc.gz | 459,755,013 | 18,429 | 100,102 | http://huguka.org/component/k2/itemlist/date/2012/8/13.html?Itemid=435 | text/html | 2012-11-08T23:33:09 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"swh_Latn"
] | [
0.8906,
0.1081,
0.0002
] | (TUTORIAL) NI GUTE WAKURAHO AP...
Intambwe ya 1: uzak...
(TUTORIAL) NI GUTE WAKORESHA M...
Intambwe ya 1: kuri...
(Tutorial) NI GUTE WA LOG ON K...
MICROSOFT yashyizeho uburyo...
(Tutorials) NI GUTE WABONA WIN...
Nyuma yo kuba watangira guk...
Latest News
GOOGLE NA SAMSUNG BASHYIZE AHAGARAGARA CHROMEBOOK KUMADORALE Y′ABANYAMERIKA ANGANA 246
GOOGLE CHROMEBOOK ntabwo yigeze ikundwa nka NOTEBOOK ARENA. Abahanga bakaba baragize igitekerezo cyo kuba bazana iyindi SAMSUNG ifite CHROMEBOOK,na ARM PROCESSOR Iyi ugereranyije ugereranyije na chromebook zabanjije, iyi ubinako arino kandi...
ACER ASPIRE S7-391-9886
Acer aspire s7-391-9881 ni imwe muri ultrabook ikoresha windows 8.Iyi ultrabook ifite 13.3 inch zirimo uburyo bwo gukoresha neza hd touchsreen,inafite super slim body ifite 0.47 inch thick...
Google yatanze a sneak peek muri data centers zayo
Inganda nyinshi zikoresha ahantu hanini mu kubika data zayo, na google nayo yari mu zimwe murizo zikoresha ahantu hanini ibika ama data yayo. Ubu ikaba yabonye uburyo yabika ama...
COCA COLA MU GUHA INGUFU TELEPHONE ZA NOKIA
Twese turumuryango hamwe na coca cola. Niki coca cola ikora, usibye kuba yakumara inyota? Coca cola ishobora gushyira umuriro muri telephone. Daizi zheng yo mu bushinwa igiye kuzana uburyo bushya...
[Tutorial] Kora Image(Crone ) Computer yawe
Nshuti za Huguka ubu tugiye kubereka ukuntu mushobora gukora Image ya computer yanyu mutiriwe mukoresha za Ghost , CloneZilla cg indi iyo ariyo yose. Ibi bikorwa...
GOOGLE MU NGANDA ZIRI KURWANA NA APPLE
Nkuko bitangazwa na ERIC SCHMIDT, telephone zigendanwa zigera kuri million ,hirya no hino kw′isi zikoresha ANDROID SOFTWARE mu mwaka. Ikaba ihangana na apple nkuko ERIC SCHMIDT abitangaza, ni inshuro ya...
Google yazanye amateka hamwe numuco wayo
Ku menya amateka ,nibyaranze isi mu myaka ishize, ni nkurugendo rwimyaka ishize nubuhamya. Biragoye kugenda ahantu hatandukanye hari ibintu nyaburanga hirya no hino kwisi,unasoma ibyaba byaranditswe mu bihe byashize....
(Tutorial) nigute warinda,ukanabungabunga wi-fi baramutse bayikwibye?
iyo ujyiye kuri google ugashaka amakuru yukuntu wakwihuza kumurungo nta burenganzira uzabona ibisubizo byinshi bijyanye na program yama console commands kuri linux nizindi program zitandukanye. Ariko kubwiza ukuri ntabwo bisaba...
Uko wabika incuti ufite kuri Skype
bakunzi ba huguka uyu munsi twabashakiye ukuntu ushobora kuba wabika Incuti zawe ufite kuri Skype kuburyo uramutse ugize ikibazo kuri account yawe ya Skype ushobora kuba wagarura abantu mwari incuti. ...
- Error
Ni gute wahagarika option ya “Install Windows Updates and Shut Down” muri Windows Start Menu?
Hafi ya ababntu bose bakoresha Windows bakoresha "Windows Updates" kugirango bakore download na installation yama updates ya Windows zatanzwe na Microsoft. Izo updates zikemura ibibazo by’umutekano kandi zigatuma mudasobwa yawe ikora neza kandi yihuta, rero ni nama nziza kuzikoresha buri gihe.
Hari uburyo bwa tuma Windows ikora ubwayo installation yizo update cg se ikakubaza buri gihe hari update nshya kugirango ikore download yayo ukoresheje settings zayo.
Akenshi iyo Windows ikoze download yama updates, bisaba ko ukora restart ya mudasobwa kugirango ukore installation yizo updates kuko installation hari ama files iba igomba gusimbuza kandi uri ako kanya aba ari gukoreshwa na windows. Iyo rero bimeze bityo, Windows ihita ihindura button ya "Shut Down" ikayisimbuza niya "Install Updates and Shut Down" nkuko bigaragara kw’ishusho:
Ako gashusho kingabo jari kuri shutdown kagaragaza ko hari ama updates mashya ategereje kuba installed rero iyo ukanze kuri iriya button, ibanza igakora installation yama updates hanyuma ikobona kuzima ibyo rero bigatwara igihe kinini.
Hari igihe rero umuntu abayihuta ubasanga bimutesheje umutwe kandi yashaka kuzimya mudasobwa ye vuba atrinze gukora installation yayo ma updates.
Uyu munsi muri ino myigisho, tugiye kubereka agakoryo ko muma registry gatuma uhagarika ibyo, maze Windows ntiyongere gusimbuza power button na install updates muri Start Menu.
Tudataye umwanya rero, reka turebe uko bigenda:
1. Andika regedit muri RUN cg Start Menu search box maze ukande Enter. uzaba ufunguye Registry Editor.
2. Jya aha hakurikira:
HKEY_CURRENT_USER\Software\Policies\Microsoft\Windows
3. Kora key nshya muri "Windows" key maze iyihe izina rya WindowsUpdate
4. Kora indi key nshya muri WindowsUpdate key uyihe izina rya AU
5. Ubwo rero inzira yose izaba ari:
HKEY_CURRENT_USER\Software\Policies\Microsoft\Windows\WindowsUpdate\AU
6. Ubu rero kanda kuri key ya AU maze muri hande rw’iburyo kora DWORD nshya ya NoAUAsDefaultShutdownOption maze value ya 1
Ubu rero Windows ntizongera gusimbuza button ya Shut Down button muri Start Menu na button ya Install updates maze tuzabona option ya"Install updates and shut down" muri list power options igaragara iyo ukanze kuri kari kambi kari hafi ya shutdown nkuko bigaragara kw’ishusho:
7. Iyo ushaka gukuraho burundu option ya "Install updates and shut down" option, kora indi DWOED nshya yitwa NoAUShutdownOption maze iyihe value ya 1
Izatuma option ya "Install updates and shut down" ivaho burundu muri Start Menu.
Inyogezo: Hari igihe Windows ijya ikora restart ya mudasobwa iyo ikoze installtion yama scheduled updates. Ushobora guhagarika iyo automatic restart uramutse ukoze indi DWORD nshya yitwa NoAutoRebootWithLoggedOnUsers ukayiha value ya 1
Icyitonderwa: Niba udashaka kwihindurira Registry wowe ubwawe ushobora gukoresha aka ka Registry script kabigukorere, kora rero download yino ZIP file, kora extraction yayo maze fungura file ya Disable.REG . Iragusaba confirmation, uyemeze:
Antivirus na anti-spyware 5 za mbere nziza wabona ku buntu
Uyu munsi, Tugiye kubereka antivirus na anti-spyware 5 za mbere nziza wabona ku buntu kandi zikora kuri Operatin system ya Windows. Mu gihe gishize Tugerageje program(software) nyinshi zirinda mudasobwa tuza gusanga izi ishanu arizo nziza kurusha izindi zose. Niba utujya ukoresha antivirus cg anti-spyware muri mudasobwa yawe, uze gukora installation yimwe muri izi:
1. Microsoft Security Essentials (MSE)
Microsoft Security Essentials (izwi kuri zina rya MSE) n’imwe muma antivirus na anti-spyware meza aboneka kubuntu akora kuri Windows. Ni program itangwa na Microsoft. N’ubuntu ijana kw’ijana ariko isaba ko uba ufite Windows iri genuine(nukuvuga ya orijinari).
Ishobora gukoshwa kuri Windows XP, Vista na Windows 7. Windows 8 yo iza iyifitiye. Ishobora gukora kuri system yaba 32-bit ndetse 64-bit
.
Ushobora gukora download yayo kuri ino link: Download Microsoft Security Essentials (MSE)
2. Avast! Free Antivirus
Twashize Avast! antivirus ku mwanya wa 2. Izana na antivirus, anti-spyware, firewall ndetse nutundi du components tugufasha kurinda mudasobwa yawe. Ishobora kujya muri Windows 2000 professional SP4, Windows XP SP2 cg iziri hejuru, Windows Vista, Windows 7 na Windows 8. Yaba kuri editions ya 32-bit na 64-bit.
Ushobora gukora download yayo kuri ino link: Download Avast! Antivirus
3. AVG Antivirus Free Edition
AVG antivirus yenda kuba nka avast! antivirus. Iza ifite antivirus, anti-spyware, link scanner ndetse nizindi features yinshi zo kurinda mudasobwa yawe . Ishobora kujya muri Windows XP, Vista Windows 7.
Ushobora gukora download yayo kuri ino link: Download AVG Antivirus
4. Avira Free Antivirus
Avira n’imwe muma antivirus akoreshwa cyane kuri OS ya Windows. Ishobora mudasobwa yawe ama virusi, spyware, malware, trojan, rootkits n’ubundi bwoko bwama program yagiri nabi mudasobwa yawe. Avira antivirus ishobora kujya kuri Windows XP, Vista na Windows 7. Ishobora kujya kuri editions za Windows ya 32-bit cg se 64-bit.
Ushobora gukora download yayo kuri ino link: Download Avira Free Antivirus
.
5. Panda Cloud Free Antivirus
Iya nyuma ariko bitavuze ko ariyo yoroheje ni "Panda free antivirus" ikaba ari antivirus itaremera mudosabwa ikora kuri Windows. Ikoresha concept ya cloud ari nabyo bituma muma program yama antivirus ataremera akoreshwa kuri Windows. Ukeneye kuba ufite connection yihuta ya internet kugirango uyikoreshe. Ishobora gukora kuri Windows XP, Vista, Windows 7 na Windows 8. Nkibisanzwe ikora kuri editon za Windows za 32-bit and 64-bit.
Ushobora gukora download yayo kuri ino link: Download Panda Cloud Free Antiviru
s
.
Firewall 5 za mbere nziza wakoresha Windows
Niba ukoresha Internet kuri mudasobwa yawe, mudasobwa yawe iba ishobora kwa nduzwa naza virusi. Iyo turi kuri internet hari ibyo tuba turi gukora download kuri mudasobwa yacu kandi hari nibyo tuba turi gukorera upload tubikura kuri mudasobwa yacu. Niuyo mpamvu rero dukeneye firewall nziza rero kuri mudasobwa yacu.
Firewall ni program(software) y’umutekano ihora ireba ibyinjira n’ibisohoka muri mudasobwa yawe iyo uri kuri internet kandi ugahagarika ubwayo cg se ikakubaza iyo ibonye ibyo ikemanga.
Ubu rero ni gihe cyama software ya Firewall zikora kuri Windows kuko antivirus na anti-spyware zonyine zidahagije kuri mudasobwa. Niba rero wifuza umutekano uhagije, ukwiye gukora na installation ya firewall kuri mudasobwa yawe.
Uyu munsi, tugiye gusangira firewall 5 nziza za mbere ziboneka kubuntu zikora kuri Windows. Twahisemo firewall nziza kishobora gukora kuri windows kandi umuntu yakorera download ndetse ukanazikoresha.
Tudataye umwaya rero, reka tubereke iyo list:
1. Zone Alarm Free Firewall
Zone Alarm nimwe muma firewall azwi cyane kandi akoreshwa kuri Windows. Ihagarika aba hackers ndetse ukakurinda ama virusi nama spyware kugirango bitakwiba inyirondoro yawe uba utanga kuri internet. Ikorana neza na antivirus hafi zose. Igira inzira ibyiri kuko inarinda ko inyirondoro yawe yanjye kuri internet. Nubu kuyiboresha ubwawe. Ushobora gukora download yayo kuri ino link:
Download Zone Alarm Free Firewall
2. Comodo Firewall
Comodo nindi firewall izwi ikora kuri Windows. Ni program itaremereye kandi itagoye gukoresha. Nkizindi firewall zose, irinda mudasobwa yawe ibitero biva kuri internet kandi ikayinda nama malware kuba zaba installed kuri mudasobwa yawe.
Ushobora gukora download yayo kuri ino link:
Download Comodo Firewall
3. Outpost Security Suite Free
Outpost nindi firewall izwi ikora kuri Windows. Mu gihe cya shize batangaga firewall gusa ari ubu bayisimbuje na security suite yuzuye ushobora gukorera download kubuntu. Outpost Security Suite iza ifite antivirus, anti-spyware ndetse firewall program.
Ushobora gukora download yayo kuri ino link:
Download Outpost Security Suite Free
4. Online Armor Free Firewall
Online Armor nindi firewall ukoreshwa kuri Windows. Kuyi korera installation biroroshye kandi configuration zayo uzikora rimwe gusa. Ikurindira mudasobwa ibitera biyizaho kandi nibiyivamo bijya kuri internet.
Ushobora gukora download yayo kuri ino link:
Download Online Armor Free Firewall
5. Windows Firewall
Niba ukoresha Windows 7 cg Windows 8, Ushobora gukoresha Windows firewall izana na OS yawe. Windows XP na Vista firewall nabwo byari biteye imbere cyane ariko Microsoft yakoze iyo bwabaga muri Windows 7 na Windows 8 OS. Windows Firewall iba ikora kandi iracunga ndetse ikanahagarika ibyo ikemanga. Freeware nka za TinyWall na Windows Firewall Notifier zishobora gukoreshwa ibyo kuruho kongera ubushobozi bwa Windows firewall. | [
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"eng_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kab_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"eng_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"spa_Latn",
"eng_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"nno_Latn",
"kin_Latn",
"eng_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"eng_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"eng_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"eng_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"unk",
"run_Latn",
"sot_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"eng_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"sot_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"unk",
"eng_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kab_Latn",
"unk",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"eng_Latn",
"run_Latn",
"eng_Latn",
"vec_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"vec_Latn",
"eng_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"eng_Latn",
"eng_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"eng_Latn",
"eng_Latn",
"kin_Latn"
] | allowed | fcada8b5b9b02076db7f371ed8f934b1 | keep | [] | [
5,
5.4,
10,
10,
10,
10,
9.8,
8,
0
] |
./WIDE-20121123100545-crawl413/WIDE-20121123110431-08715.warc.gz | 306,080,209 | 8,897 | 25,719 | http://rn.wikipedia.org/wiki/Indwara_y%E2%80%99Igitigu | text/html | 2012-11-23T11:31:55 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"tum_Latn"
] | [
1,
0,
0
] | Indwara y’Igitigu
Indwara y’Igitigu ni indwara iterwa n’umugera kandi igasinzikaza igitigu. Ishobora gutuma ugutakaza akayabagu, ukuruha, ugucibwamwo, ukuyorwa, ububabare mu nyama no mu nda, n’indwara y’umuhondo, itera amaso n’urukoba gusa n’umuhondo. Iyo itavuwe, ishobora gutuma igitigu cononekara, canseri y’igitigu, canke urupfu. Hafi y’ibice 30 kw’ijana vy’abafise indwara y’igitigu nta bimenyetso vyayo bafise. Iyo ndwara igwiriye cane mu bakuze gusumba abana.
Indwara y’Igitigu iboneka iyo amaraso y’umuntu ayirwaye yinjiye mu mubiri w’uwutayirwaye. Ivyo bishika mu kurangura amabanga y’abubatse n’uwuyirwaye badakoresheje agafuko, mu gusangira imiti n’inshinge, canke kuva ku muvyeyi ayirwaye ku mwana mu gihe c’ivuka. | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | b574bbf39b419cd578c831ccf4a5ee6d | keep | [] | [
5,
10,
10,
8.9,
7,
10,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121124033935-crawl413/WIDE-20121124045424-08824.warc.gz | 551,949,964 | 9,838 | 31,362 | http://rn.wikipedia.org/wiki/Amabendera_ya_Australiya | text/html | 2012-11-24T05:37:28 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"tum_Latn"
] | [
1,
0,
0
] | Amabendera ya Australiya
Australiya ifise amabendera atatu yemewe: Ibendera ry’igihugu cose, Ibendera rya Abasangwabutaka, Ibendera rya ba Torres Strait Islanders.
Vyongeye intara yose ifise ibendera ryayo. lbi dushobora kubisanga ku rupapuro rwa 11.
[edit] Ibendera ry’igihugu ca Australiya
Amabara y’ibendera ry’igihugu ca Australiya ni ubururu, iryera n’agahama. Rifise ibice bikuru bikuru bitatu:
- Ibendera ry’ubwongereza (Great Britain), rizwi kw’izina rya Union Jack, turisanga kuruhande rwo mumfuruka yo hejuru mu kubamfu. Ico kimenyetso giserukira kahise kw’ukwimuka kw’Abongereza.
- Inyenyeri y’ikimenyetso ca Commonwealth iri munsi ya Union Jack. Iyi nyenyeri ifise amasonga 7. Isonga rimwe ryerekana za ntara 6, iyindi ikamenyesha vya bice vy’intara zigenga.
- Ico bita “Southern Cross”, mu buryo, ni umugwi w’inyenyeri tubona mu bumanuko bw’ijuru.
[edit] Intara n’ibice vyisunga intara
[edit] Ibendera ry’abasangwabutaka | [
"hau_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn"
] | allowed | 725c1b62bc6986e632771039673ce8f7 | keep | [] | [
5.8,
9.3,
10,
8.9,
8.7,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121004123520-crawl335/WIDE-20121004131227-01368.warc.gz | 266,185,790 | 11,684 | 50,389 | http://ruhagoyacu.com/spip.php?article1290 | text/html | 2012-10-04T13:17:09 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] | [
0.9824,
0.0176,
0
] | Assumpta Mukeshimana
Lionel Andres Leo Messi yavutse tariki ya 24/kamena /1987 avukira ahitwa Rosario Santa Fe muri Argentine Se yitwa Jorge Horacio Messi wavutse (1958) Nyina Celia Maria Cuccitini n’abavabdimwe batatu.
Messi apima metero 1,69 akaba yambara nomero icumi (10), akaba akina mu gihugu cya Espagne muri Barcelone no mu ikipe y’igihugu cy’Argentine nka rutahizamu.
Messi yatangiye gukina umupira w’amaguru akiri umwana, aho ubwo yari afite imyaka itanu yakinaga mu ikipe yatozwaga na Se.Mu 1995 yakinaga muri New ll’sold Boys avamo mu 2000 afite imyaka cumi n’umwe (11) yahamagawe mu cyiciro cya mbere muri River Plate ariko ntibari bafite ubushobozi bwo kumwitaho mu mwaka w’I 2000 yerekeje ku mugabane w’uburayi n’umuryango we akaba yar’afite imyaka cumi n’irindwi (17) icyo gihe Barcelone ikaba yarimo kumwigaho aho yakinaga m’ikipe nto ya Barcelone. mu 2004 nibwo yatangiye gukinira ikipe ye y’igihugu y’Argentine mu batarengeje imyaka makumyabiri U-20.
Muri saison ya 2004-2005 nibwo yatangiye kwigaragaza nk’umukinnyi w’umwana washoboye gutsinda igitego muri iyo saison muri Espagne mu ikikpe ya Barcelone aho yatwaye igikombe cye cyambere cya champiyona ,na chamions league muri 2006 ubwo Barcelone yatsindaga Arsenal .
2006-2007 yabaye uwambere mu gutsinda Hat-trick arangiza muri El clasico arangiza afite ibitego 14 mu mikino 26 saison ya 2008-2009 aha niho twavuga ko ariho yagiriye ibihe byiza kuko yatsinze ibitego 36 ,2009-2010 atsinda ibitego47byahise bingana ni bya Ronaldo .
Lionel afite imihigo myinshi aha twavuga nk’uko mu 2005yabaye umukinnyi w’umwana watsinze ibitego byinshi , 2006 yitabira igikombe cy’Isi bwa mbere ariwe mwana urimo mu bitabiriye , 2008 muri Beijing ku nshuro ye yambere yitabiriye imikino mpuzamahanga ya Olympic n’ikipe ye y’Argentine atwara umudari wa Zahabu .
Dore imwe mu mikino mpuzamahanga yitabiriye:
2006:Yitabiriye igokombe cy’isi
2006: yitabiriye Copa Amerca
2008:yitabiiriye Summer Olympics
2010:yitabiriye kunshuro ya kabiri igikombe cy’isi .
Messi yagiye atwara ibikombe byinshi ndetse n’ubu aracyabitwara.
Harimo ibikombe bine bya La Liga (2005,2006,2009,2010)
Copa Delrey imwe muri 2009
Super Copa de Espana bine (2005,2006,2009,2010)
Champions League bibiri (2006,2009)
Uefa Super Cup imwe (2009)
FIFA club World Cup imwe (2009)
Fifa u 20World Cup imwe (2005)
Hamwe n’umudari wa zahabu (2008)
Akaba afite agahigo ko gutwara Ballon d’Or inshuro ebyiri yikurikiranya muri 2009, na 2010 .Messi ntabwo yita kugukina umupira gusa ahubwo yita no kubabaye aho yashinze association ifasha abana batishoboye yitwa Lionel Messi Foundation .Ntabwo amateka ye arangiye kuko aracy’ubaka andi . | [
"cat_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"cym_Latn",
"eng_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"vec_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"zho_Hans",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | 2120d5ac613720fb81e5029c4edceaf0 | keep | [] | [
6.2,
9.5,
10,
9.6,
10,
8.2,
10,
3,
0
] |
./WIDE-20121105011538-crawl417/WIDE-20121105020736-04544.warc.gz | 332,796,070 | 7,985 | 31,976 | http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1210040309 | text/html | 2012-11-05T02:30:35 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"swh_Latn"
] | [
0.9822,
0.0178,
0
] | Britney Spears ku isonga mu bahanzikazi binjije akayabo
Urutonde rwashyizwe ahagaragara n’ikinyamakuru Forbes Magazine, umuhanzikazi Britney Spears ni we waje ku isonga mu bahanzikazi binjije amafaranga menshi kurusha abandi ku isi.
Urutonde rwashyizwe ahagaragara n’ikinyamakuru Forbes magazine rwagaragaje ko umunyamerikakazi Britney Spears ari we muhanzikazi winjije amafaranga menshi kurusha abandi, aho yabashije kubona amadorali y’Amerika miliyoni 58 bityo aba umuhanzi wa mbere winjije menshi.
Aya mafaranga, Britney yayakuye mu bikorwa bitandakanye byo kwamamaza, kugurisha imibavu, amafaranga yavanye muri alubumu ye Femme fatale …
Ku mwanya wa kabiri haje umuhanzikazi Taylor Swift, akaba yarinjije amadorali miliyoni 57. Aya mafaranga Taylor yayakuye muri alubumu ye Speak Now ndetse n’indirimbo ze We Are Never Ever Getting Back Together zamuhesheje akayabo kubera kugurwa.
Umuhanzikazi Rihanna yaje ku mwanya wa gatatu kubera ibitaramo bitandukanye yakoze muri uyu mwaka bikamwinjiriza akayabo. Rihanna kandi yabonye amafaranga kubera kwamamaza Nivea na Vita coco, imibavu yagurishije, indirimbo ze…
Lady Gaga na Jennifer Lopez baje ku mwanya wa kane aho bombi binjije miliyoni 52 z ‘amadorali y’amerika. Muri American Idol, Lopez yavanyemo miliyoni 20 z’amadorali. Andi mafaranga yayavanye mu mibavu(parfums) ye yagurishije, kwamamaza ndetse no muri sinema.
Katy Perry yaje ku mwanya wa gatandatu, aho yinjije miliyoni 45 z’amadorali.
Munyengabe Murungi Sabin | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"jav_Latn"
] | allowed | 46e8d1fa216b0b9cc9f5f1ac1b8c4a25 | keep | [] | [
6.2,
7.6,
10,
10,
10,
10,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121105011538-crawl417/WIDE-20121105020736-04544.warc.gz | 403,343,736 | 7,134 | 29,421 | http://www.inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1210040355 | text/html | 2012-11-05T02:34:56 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] | [
0.9967,
0.0033,
0
] | Yanga Africa na Simba SC zaguye miswi
Umukino utoroshye wa shampiyona wahuje amakipe akomeye mu gihugu cya Tanzaniya Simba SC na Yanga Africa warangiye aya makipe yombi aguye miswi igitego 1-1. Ikipe ya Yanga ikinamo abanyarwana babiri Haruna Niyonzima na Mbuyu Twite yagerageje kwitwara neza n’ubwo idahagaze neza byatumye ihita yirukana n’umutoza Tom Saintfiet.
Ikipe ya Simba SC niyo yavunguye amazamu umukino ugitangira ku munota wa 4 igice cya mbere kirangira bikiri Simba 1-0 Yanga.
Mu gice cya kabiri Yanga yaje kwishyura igitego ibifashijwemo na rutahizamu wayo Said Bahanuzi ku munota wa 64.
Tubibutse ko Yanga Africa isigaye itozwa na Ernest Brandts wahoze muri APR FC ntiyongererwe amasezerano kubera gahunda yo gukinisha abanyarwanda.
Uyu mukino wari witabiriwe n’abantu benshi ku stade Uwanja wa Taifa n’ubwo wabaye mu minsi y’akazi bigaragara ko abanyatanzaniya bikunda amakipe yabo.
Rutaganda Ponny. | [
"swh_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"scn_Latn"
] | allowed | 58b9e539e5a5fddde4542da7f76c9213 | keep | [] | [
7.8,
9.6,
10,
10,
10,
10,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121115013338-crawl420/WIDE-20121115020829-00335.warc.gz | 26,783,087 | 8,945 | 33,805 | http://www.umuvugizi.com/?p=5341 | text/html | 2012-11-15T02:10:27 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] | [
0.9436,
0.0564,
0
] | Inzego z’umutekano z’ubwongereza zatangiye kwambura ibyangobwa maneko za Kagame .
Amakuru atugeraho yemeza ko zimwe muri izo za maneko zambuwe ibya ngobwa ni Jimmy Kanyambo wari warigize Impunzi mu Bwongereza nyamara anekera leta ya Kagame, akaba aherutse kwamburwa ibyangobwa by’ubuhunzi akimara kugera mu Bwongereza aturutse i Kigali. Inzego z’umutekano z’Ubwongereza zikaba zarahise zimutereramo kashe muri Pass port zinamwambura ibintu byose bigenerwa impunzi mu Bwongereza.
Amakuru agera ku Umuvugizi.com anemezako hari undi maneko nawe wambuwe ibyangobwa witwa Kageruka Appolinaire, uyu akaba nawe yarambuwe passport mu gihe inzego z’umutekano z’Ubwongereza zikimukurikiranaho ibyaha bikomeye byo kuneka igihugu cyamuhaye ubuhungiro hamwe n’impunzi z’abanyarwanda zihatuye.
Hari na maneko mukuru wiyita Tom Ndahiro amazina ye nyayo akaba ari Tom Rwabugiri nawe wambuwe uburenganzira bwo kuba impunzi mu Bwongereza kubera kuneka igihugu cyamuhaye ubuhungiro aricyo Ubwongereza, uyu nawe akaba agikorwaho iperereza ku byaha aregwa byo kuneka impunzi z’abanyarwanda zahungiye mu Bwongereza.
Amakuru agera ku Umuvugizi.com aturuka ahantu hizewe yemezako kandi ko hari n’undi maneko witwa Richard Ntukura wahamagawe n’inzego z’umutekano z’Ubwongereza, zimubaza ku cyaha acyekwaho ari cyo kuneka impunzi z’abanyarwanda zahungiye muri icyo gihugu, akaba nawe agikorwaho iperereza kuri icyo cyaha.
Hari n’izindi maneko zikidegembya
Amakuru agera ku Umuvigizi.com yemezako na none ko hari n’izindi maneko zigikomeje kwidegembya mu Bwongereza, nyamara nazo zinekera leta y’u Rwanda. Muri izo maneko hakaba harimo Abera Yvonne, Nzigamasabo Chouchou, Kazungu Eugene Muhumuliza, Bamurange Grace hamwe na Kagabo Alex wiyise Rwabuhihi Stanislas, aba bose bakaba bakorana n’inzego z’ubutasi za perezida Kagame hamwe na ambasade y’u Rwanda mu Bwongereza.
Nyuma yo kumva ibi byose twavuganye na Bamurange Grace kuri telefoni ye igendanwa, tumubaza ibimuvugwaho ko ari maneko w’u Rwanda uneka impunzi z’abanyarwanda ziba mu Bwongereza, adusubiza muri aya magambo “Ndi maneko w’u Rwanda nubwo ntabihemberwa , sinakwihanganira umuntu wese uvuga nabi igihugu cyange. Kuba nekera igihugu cyange ni ugukunda igihugu.” Tumubajije impanvu anecyera uRwanda kandi ari impunzi adutangariza ko “Buri muntu unenga ubutegetsi bwa Kagame aba ari umwanzi w’igihugu , sinamwihanganira”. Umwe mu bagabo bari bamuri iruhande yamuteye inkunga mu gusubiza, amubwirako atabona impamvu ahisha abanyamakuru ko ari maneko, yavuze muri aya magambo “Wababwije ukuri ko uri maneko bigutwaye iki”.
Twagerageje kuvugana n’abandi bavugwa muri iyi nkuru kumurongo wa Telefoni kugirango bagire icyo badutangariza ku bibavugwaho ntibya dukundira .
Gasasira , Sweden
Waba ufite amakuru, andikira umuvugizi kuri: [email protected] | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"swh_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | 34dd5cd4fceffe7a1126ef8761bf4a3f | keep | [
[
2765,
2783
]
] | [
8.8,
9.5,
10,
10,
10,
10,
10,
6,
5.8
] |
./WIDE-20120915042603-crawl410/WIDE-20120915052858-00057.warc.gz | 88,822,108 | 6,110 | 22,496 | http://umuseke.com/?cat=16 | text/html | 2012-09-15T05:33:43 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] | [
0.9599,
0.0401,
0
] | Kubera uruzuba rw’igikatu, amapfa akomeye yibasiye igihugu cya Zimbabwe ku buryo miliyoni 16 z’abanyazimbabwe ubu ngo bakeneye imfashanyo y’ibiribwa ku buryo bwihutirwa. Umunyamakuru wa AFP
Inkuru irambuye »
Kuri uyu wa kane ni bwo amakuru yasakaye mu binyamakuru bitandukanye avuga ko umutwe wa M23 ushinja Igisirikare cya Leta ya Congo kwica bagenzi babo
Inkuru irambuye »
Christopher Stevens wari uhagarariye Amerika muri Libya ari mu banyamerika bane bazize igitero ku nyubako y’abanyamerika iri i Benghazi nkuko byemejwe na President Barack Obama.
[caption id="attachment_44452" align="aligncenter" width="560"] Christopher Stevens[/caption]
Abagabo ...
Tariki 19/08/2012 ubwo Président Yahya Jammeh yavugaga ko abantu 47 bakatiwe urwo gupfa bagomba kuruhabwa bitarenze uku kwa cyenda, benshi bagizengo arakina cyangwa se azisubira, ashwi da! Muri abo 47 ...
Umutwewa M23 wigometse ku butegetsi bwa Kinshasa wafashe icyumweru cyo gusobanurira ibihugu bimwe ku mugabane w’Uburayi impamvu yatumye ufata intwaro.
[caption id="attachment_44228" align="aligncenter" width="433"] Stanislas Baleke uyoboye intumwa za M23 zerekeje ...
Kuri iki cyumweru, Abantu benshi cyane bari bateraniye ku rubuga rwitwa Meskel Square i Addis Ababa mu mihango yo gusezera kuwahoze ari Ministre w’Intebe wa Ethiopia Meles Zenawi witabye Imana ...
Inama y’abasenyeri n'abashumba bo mu madini y’abapantekoti muri Congo Kinshasa bandikiye amabaruwa ba President Paul Kagame na Kaguta Museveni wa Uganda babasaba ko babaha umwanya wo kubonana bakaganira ku bibazo ...
Kuri uyu wa mbere tariki 27 Kanama, umubare munini w'abagore muri Togo batangiye imyigaragambyo yo kutagira icyo bamarira abagabo babo mu gihe cy’icyumweru mu kugaragaza ko badashyigikiye President Faure Gnassingbe ndetse ...
Nubwo M23 ariwo mutwe ubu uri ku ruhembe rw’ivugwaho guteza umutekano mucye muri DR Congo, indi mitwe irenga 15 irwanira muri Congo nayo benshi babona ko igaragaza intege nke za ...
Nibura abantu 48 nibo baguye mu mirwano yashyamiranyije abanyaKenya bo mu cyo cyo mu majyepfo y’uburasirazuba bwa Kenya, bapfa ibikingi n’inka.
[caption id="attachment_42790" align="aligncenter" width="304"] Aba Pokomo bateye aba Orma babaziza ...
Paji ikurikira » | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"azb_Arab",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"taq_Latn",
"kin_Latn"
] | allowed | 583e7ccaa2c820a7d8980f7818344e82 | keep | [] | [
5.1,
6.9,
10,
9.6,
10,
9.6,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121010113139-crawl336/WIDE-20121010122909-02280.warc.gz | 297,888,704 | 9,162 | 46,661 | http://www.ibishya.biz/category/imyidagaduro/page/52/ | text/html | 2012-10-10T12:43:54 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] | [
0.9417,
0.0583,
0
] | Home » Archives by category » IMYIDAGADURO (Page 52)
KIM KARDASHIAN YATEJE UMWIRYANE MURUGO RWA JAY-Z NA BEYONCE-UKO BIMEZE
K’umunsi wo kucyumweru nibwo umwe munshuti magara z’umuhanzi Jay-z witwa Tyty yari yizihije isabukuru y’amavuko y’imyaka 40. Inkuru dukesha ikinyamakuru cya Mediatakeout nuko iyi sabukuru yateje umwiryane hagati ya jay-z n’umufasha we Beyonce nyuma yo kutumvikana ku kwitabira igitaramo kubera ko cyari kwitabirwa n’umunyamideli Kim Kardashian utishimirwa gake n’umuhanzi kazi Beyonce. Nkuko dukomeza tubikesha ikinyamakuru [...]
DORE IKINTU CYABABAJE CYANE KAMICHI KUVA YATANGIRA GUKORA MUZIKA
Umusore Adolph Bagabo uzwi ku kazina ka Kamichi muri muzika wamenyekanye cyane nyuma yo gusohora indirimbo Zoubeda afatanije n’umuhanzi the ben,yatangaje ikintu cyamubabaje ndetse n’icyamushimishije kuva yatangira muzika. Mu kiganiro umuhanzi Bagabo Adolphe bita Kamichi yagiranye n’ikinyamakuru Izuba Rirashe yavuze icyamubabaje n’icyamushimishije kuva yatangira kumenyekana mu muziki wo mu Rwanda. Kamichi uririmba mu njyana y’Abanyafurika [...]
IYI NDIIMBO NYITUYE ABAKUNZI BANJYE(THE BEN) DORE AMWE MUMAGAMBO AYIGIZE(Lyrics)
AKABA YAYITUYE ABAKUNZI BE BOSE , MURYOHERWE!! Nturi mubi by THE BEN Nturimubi by Ben – Nturimubi by Ben.mp3 intro: ye ye ye the ben is back ubuntu studio DR jack chorus: nturi mubi simpakana kutari mwiza kubwawe benshi barahengamye ariko ndabona ubwawe utarandemewe [...]
A.Y YARENZE URWEGO RW'AFRIKA MURI MUZIKA (REBA VIDEO YIWE NA LIL ROMEO)
Umuhanzi ukomoka mu gihugu cya Tanzania A.Y , uzwi mu indirimbo nka Chap Chap afatanije na Bebe cool, Leo na songa mbele afatanije n’umuhanzi Alpha Rwirangira. Ubu umuziki we ukaba utakibarizwa ku rwego rwa Africa dore ko mu kwezi kwa gatandatu aribwo twari twabatangarije ko yanyarukiye mu gihugu cya leta zunze ubumwe z’amerika gukorana indirimbo [...]
GERARD DEPARDIEU ATI UBUTAHA NIBANGA KONJYA MURI TOILETTE NZITUMA AHONGAHO
Gérard Depardieu azwi cyane muri film yakinnye yitwa Obelix afatanije na mugenzi we Astelix muriyi minsi uyu mugabo akaba akomeje kugenda kora udushya dutandukanye. Mu kwezi gushize kwa munani yasohotse mu bitangazamakuru ku isi hose yuko yatindije indege amasaha 2 yose arimo kwihagarika. Dore uko byagenze bwa mbere, mu gihe indege ya Air France yarigiye [...]
A.Y YARENZE URWEGO RW'AFRICA MU BUHANZI (REBA VIDEO YE NA LIL ROMEO)
Umuhanzi ukomoka mu gihugu cya Tanzania A.Y , uzwi mu indirimbo nka Chap Chap afatanije na Bebe cool, Leo na songa mbele afatanije n’umuhanzi Alpha Rwirangira. Ubu umuziki we ukaba utakibarizwa ku rwego rwa Africa dore ko mu kwezi kwa gatandatu aribwo twari twabatangarije ko yanyarukiye mu gihugu cya leta zunze ubumwe z’amerika gukorana indirimbo [...]
UMUHANZI KAZI ALLIONI YATUGEJEJEHO, VIDEO YE YITWA (WAKE)
Umuhanzikazi Allioni yatugejejeho video ye shya Uwamwezi Aline a.k.a Allioni ,ni umuhanzi kazi nyarwanda wiga muri La Colombiere akaba yashyize hanze video nziza cyane yise (WAKE ) ikaba ari video nziza yakozwe na MUKAMA Franco muri Freedom studio . Iyi ndirimbo kubamaze kuyibona barashimira ALLIONI ,kuri video nziza cyane kandi ,harimo aba star benshi Aho dusangamo Dj [...]
DORE URUTONDE RW'ABAKOBWA 10 BAKURURA , ABAGABO KURI FACEBOOK (BO MU RWANDA)
Dore Urutonde Rw’abakobwa 10 bakurura abagabo benshi kuri Facebook, Uru rutonde rukaba rwarakozwe hitabajwe n’abantu bitabira uru Rubuga rwa Facebook,ndetse n’abakunzi ba Show biz Hano mu Rwanda,abakobwa usanga kuri Uru Rutonde n’ubundi ni abakobwa bakunda kugarara muri Show biz, maze abantu bakifuza kuba bareba Amafoto atandukanye baba bashyize kuri wall zabo(inkuta zishyirwaho amafoto kuri Facebook) [...]
UMUJURA YAGIYE KWIBA KWA CELINE DION ABANZA KURYA GATEAU NO KOGERA MURI BAIGNOIRE YAHASANZE BITUMA AFATWA
Mu gihe Celine Dion yaragiye gutemberana n’umugabo we René Angelil k’umunsi w’ejo ku wa kabiri hashize (ejo), umugabo w’umujura yari yabacunze maze hashize akanya bagiye yurira urupangu maze asimbukira murugo kwa Celine Dion agenda yishisha abazamu maze anyura kuri Garage y’ama modoka kubera ko itarifunze azamukira mo maze agera mu nzu hejuru. Nkuko tubikesha urubuga cya [...]
MU RWANDA DUFITE PAUL JULES PAUL JACQUES MU KWIGANA AMAJWI YOSE USHAKA, NAHO MURI AMERIKA HOHO BAFITE ARIS SPEARS IREBE BIRATANGAJE!!
Mu rwanda dufite umugabo bita Paul Jules Paul Jacques uzwiho cyane kwigana ijwi ryaburi gisimba cyangwa se ijwi ry’umuntu umubwiye wese akarisubiramo. Mu Leta zunze ubumwe z’amerika ho bafite umugabo witwa Aris Spears nawe ufite impano yo kwigana abantu ndetse iyo bigeze kubyamamare hoho akanaririmba nkabyo. Mu byamamare akunda kwigana cyane nkuko yabitangarije ikinyamakuru cya [...] | [
"eng_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"swh_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn"
] | allowed | 80b4f2bad89a3919be861740669ce191 | keep | [] | [
5.4,
6.5,
10,
9.8,
10,
10,
9.5,
6,
0
] |
./WIDE-20121015043947-crawl339/WIDE-20121015050912-02131.warc.gz | 592,576,252 | 4,986 | 14,527 | http://orinfor.gov.rw/printmedia/news.php?type=rw&volumeid=716&cat=10&storyid=16153 | text/html | 2012-10-15T05:37:10 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] | [
0.9264,
0.0736,
0
] | Ikinyamakuru cyo mu Bufaransa cyitwa le Figaro cyasohotse mu cyumweru gishize ndetse n’icyitwa The Clinical Oncology bivuga ko urukingo rwa kanseri yo mu bwonko rwaba ruri hafi kugerwaho kuko abantu bamaze kurugeregerezwaho mu myaka 2 ishize hari icyo byatanze, rukaba ngo ruzafasha kuvura cyane cyane utubyimba dukunze kwibasira ubwonko.
Urukingo rwa kanseri yo mu bwonko rumaze kugeragezwa ku barwayi 20 kandi ngo 70% by’abo hari ibimenyesto batanze y’uko urwo rukingo rufite ubushobozi bwo kuzahanga n’iyi ndwara.
Igenzurwa bwa mbere ry’uru rukingo, nk’uko tubikesha le Figaro ryakozwe n’ikipe y’abaganga bari bayobowe na Prof. John Sampson, muri Kaminuza ya Duke ho muri Leta zunze ubumwe z’Amerika. Iby’iyo nkuru ya le Figaro byanasohotse mu kinyamakuru cyandika ku buzima muri Amerika cyitwa The Clinical Oncology. Gusa nta bintu byinshi bivugwa kuri urwo rukingo. Gusa icyo binyamakuru byose bihurizaho ni uko urwo rukingo ruramutse koko rubonetse byaba ari inkuru nziza, kuko abantu bahitanwa na kanseri n’utubyimba two mu bwonko ari benshi cyane ku isi.
Nk’uko bikomeza bivugwa, abashakashatsi barimo kwiga kuri urwo rukingo rwa kanseri bagizwe n’impuguke mu ndwara za kanseri (cancérologues); bakaba biga uko urwo rukingo rwakongera ubudahangarwa mu mubiri w’umuntu bwajya buhangana n’utunyangingo tuzana utubyimba mu bwonko (cellules tumorales). Nyamara ngo si ubwa mbere hageragejwe urukingo nk’urwo, kuko kenshi byageragejwe ntacyo byagiye bitanga. Urukingo ruzwi rwa kanseri rwemewe rukaba ari urwa kanseri ya porositate (cancer de la prostate)rwemewe muri Amerika kuva muri mata muri uyu mwaka wa 2010. Gusa ngo rurahenda cyane, ari nayo mpamvu rutavugwa cyane, abenshi batanazi ko rubaho.
Imwe muri kanseri y’ubwonko ihitana abantu cyane yitwa glioblastomes, abaganga bakaba bagerageza kurwazarwaza uyifite ngo byibura apfe bitinze. Kuri ubu abashakashatsi bo muri Amerika bakaba bakomeje kugerageza uburyo bise l'EGFR vIII (epidermal growth factor receptor), akaba ari uburyo bukoreshwa mu guca intege utunyangingo(cells) turimo kanseri yo mu bwonko twavuze haruguru yitwa glioblastomes, inafata amabere no mu bihaha, ariko ngo ntifate mu nyama z’umubiri (tissus). Prof. John Sampson, avuga ko abantu bahawe urwo rukingo bamaze kugeraho, byabongereye amahirwe yo kongera kubaho nibura hagati y’amezi 15 na 26, ni ukuvuga kuva ku mwaka umwe kugeza ku myaka 2. Naho Dr Barelle Baigner we avuga ko ku bantu 18 bo bageragejeho urwo rukingo, 17 mu bari bafite iriya kanseri ngo bayikize! Mu ibarura ryakozwe muri Amerika, ryerekana ko nibura abantu 10.000 aribo bandura buri mwaka iriya kanseri yo mu bwonko kandi kuyivura bitarashoboka kabone n’ubwo abaganga bagerageza kugira ubufasha baha abayirwaye iminsi icumaho buhoro.
Ikigaragara nuko kanseri yo mu bwonko arimwe mu ndwara ikomeye kuvurwa, n’ubwo abaganga hirya no hino ku isi baticaye bakomeza gushacisha icyayivura. Mu kiganiro n’umwe mu baganga uvura kandi ubaga indwara z’ubwonko mu Rwanda, avuga ko bisanzwe bitoroshye kubaga ubwonko, hakubitiraho kanseri yabwo bikaba bibi kurushaho. Avuga ko hari utubyimba tworoshye kubaga bita tumeur bénigne, hakaba n’utundi tubyimba biba bitoroshye gato kubaga (tumeurs malignes) mu bwonko.
Twandikire kuri [email protected] | [
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lvs_Latn"
] | allowed | fc0c12462910c5d7fb81c376e25c3698 | keep | [
[
3221,
3239
]
] | [
5.7,
5.7,
10,
10,
10,
10,
10,
2,
9.7
] |
./WIDE-20121015043947-crawl339/WIDE-20121015050912-02131.warc.gz | 610,356,586 | 4,142 | 12,850 | http://orinfor.gov.rw/printmedia/news.php?type=rw&volumeid=716&cat=6&storyid=16159 | text/html | 2012-10-15T05:40:09 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] | [
0.8865,
0.1135,
0
] | Umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Ntagungira Céléstin uzwi ku izina rya Abega azaba ari mu gihugu cy’u Busuwisi mu mujyi wa Zurich ku mu kwezi kw’ukwakira 2012. Uyu muyobozi w’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda , Ferwafa azaba yitabiriye inama yateguwe n’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi (FIFA) izatangira tariki 17 na 18 Ukwakira 2012.
Ntagungira Céléstin uzwi ku izina rya Abega azaba ari muri iyo nama nk’umwe mu bakomiseri b’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi, FIFA. Ikizaba kigambiriwe muri iyo nama ngo ni ukurebera hamwe biga kuri gahunda y’amarushanwa yabaye uyu mwaka ndetse na gahunda y’amarushanwa ateganyijwe mu minsi iri imbere. Ntagungira Céléstin uzwi ku izina rya Abega atangaza ko muri iyi nama bazafata n’indi myanzuro ikomeye aho bazemeza abasifuzi bagomba kuba mpuzamahanga ndetse bakareba n’imikorere y’abasifuzi muri rusange bakanenga abitwaye nabi bakanashima abitwaye neza.
Umuyobozi wa Ferwafa avuga ko baziga no ku migendekere y’igikombe cy’isi cy’abagabo kizabera muri Brazil mu mwaka wa 2014 ndetse n’igikombe cy’isi cy’abagore kizabera muri Canada mu mwaka wa 2015. Ngo bazareba kandi uko abasifuzi bitwaye mu mupira w’amauru mu mikino ya olempike iheruka kubera mu Bwongereza mu mujyi wa London ndetse n’indi mikino y’umupira w’amaguru itegurwa na FIFA ari naho bazahera bategura abasifuzi mu marushanwa ya FIFA azaba mu bihe biri imbere. | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | 3f7bcd95aadb0253eca6de4cb56f2d60 | keep | [] | [
6.4,
10,
10,
9.8,
7.9,
9.9,
10,
3,
0
] |
./WIDE-20121115211047-crawl417/WIDE-20121115211047-06470.warc.gz | 952,314,802 | 7,515 | 31,201 | http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1210071022 | text/html | 2012-11-15T22:01:05 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] | [
0.9513,
0.0487,
0
] | Byari ibicika mu gitaramo Rick Ross yaraye akoreye muri Tanzaniya(AMAFOTO)
Umuhanzi w’icyamamare muri Amerika Willian Leonard Roberts uzwi ku izina rya Rick Ross yaraye akoreye igitaramo cy’akataraboneka muri Tanzaniya.
Iki gitaramo Rick Ross yakoze cyari igisoza irushanwa rya Serengeti Fiesta 2012 risanzwe ritegurwa n’ikinyobwa cya Serengeti. Nkuko byatangajwe n’urubuga Global publishers, uyu muraperi yakoze ibintu bidasanzwe aho yaririmbiye abafana be bataha bishimye cyane.
Iki gitaramo cyabereye ahitwa Leaders Club mu mujyi wa Tanzaniya. Ubwo yaririmbaga, abafana be bananiwe kwihangana barwanira kwegera imbere ngo bamurebe neza, abandi bo bifuzaga kumukoraho ariko abashinzwe kurinda uyu muraperi bababera ibamba.
AMAFOTO:
Rick Ross imbere y'abafana be.
Iyi ni yo modoka Rick Ross yajemo.
Abafana bagerageza kwegera Rick Ross abashinzwe umutekano we babasubiza inyuma.
Rick Ross abwira abafana be ati "Simbumva neza"
Nguwo Rick Ross.
REBA RICK ROSS AGERA MURI TANZANIYA:
Munyengabe Murungi Sabin | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"zho_Hans",
"kin_Latn",
"jav_Latn"
] | allowed | b833d24c6f76bb9e0a9734db8843fb45 | keep | [] | [
5.3,
6.5,
10,
10,
10,
10,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121102043243-crawl419/WIDE-20121102051524-04657.warc.gz | 45,972,547 | 16,641 | 65,869 | http://www.igihe.com/amakuru/muri-afurika/aho-gushyikirana-na-m23-tuzarwana-imyaka-100_lambert-mende.html | text/html | 2012-11-02T05:17:21 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kik_Latn"
] | [
0.9165,
0.0835,
0
] | Umuvugizi wa Guverinoma ya Congo Kinshasa, Minisitiri Lambert Mende yatangaje ko aho kugira ngo leta ishyikirane na M23, haba intambara y’imyaka 100.
Mende yabitangarije mu nama yagutse n’ibitangazamakuru mpuzamahanga n’ibikorera muri Congo Kinshasa ku gicamunsi cyo kuwa Mbere tariki ya 3 Nzeli, ikiganiro cyanyuze ku bitangazamakuru bya leta.
Nyuma yo kubazwa n’ibinyamakuru niba Guverinoma ya Kinshasa iteganya kugirana imishyikirano na M23 mu rwego rwo guhagarika imirwano, mu kiganiro cyaciye kuri Televiziyo na Radio bya Congo Kinshasa, Lambert Mende yagize ati :”Ntidushobora kugirana imishyikirano n’abo bagizi ba nabi, abagome, abajura ahubwo tugiye kubarwanya twivuye inyuma n’ubwo byafata imyaka 100”.
Mende yavuze ko M23 ariyo nyirabayazana y’imitwe yose yitwara gisirikare mu Burasirazuba bwa Congo Kinshasa, kuburyo M23 ineshejwe byatuma n’indi mitwe icika integer, icyo gice kikabona amahoro.
Mende yanavuze kandi ko kuba M23 yarafashe uduce duto mu Karerere ka Rutshuru bitavuga ko igihugu cyose cyafashwe.
Ubwo yahatwaga ibabazo n’abanyamakuru mpuzamahanga ku ifungwa no kuburira irengero ry’abanyamakuru n’abandi b’abanyapolitiki batavuga rumwe n’ubutegetsi, Mende yumvikanishije ko abanyamkuru babiri baherutse gutabwa muri yombi bazira gucumbikira no kubikira imbunda Col. Tshibangu uherutse kuva mu ngabo za FARDC aherekejwe n’ingabo zitari nke.
Umutwe wa M23, ugizwe n’ingabo zahoze zigize umutwe wa CNDP, nyuma zaje kwinjizwa mu gisirikare cya Leta ya Congo ariko habayeho amasezerano ku itariki ya 23 Werurwe 2009. Izo ngabo zongeye kwitandukanya n’ingabo za Leta, zivuga ko Leta itubahirije amasezerano bagiranye. | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn"
] | allowed | 1ff40e0f31bb52dd27cc0ea41938004c | keep | [] | [
6.3,
7.7,
10,
10,
10,
9.9,
10,
2,
0
] |
./WIDE-20121010152145-crawl410/WIDE-20121010153919-01330.warc.gz | 707,705,504 | 21,115 | 128,788 | http://www.therwandan.com/ki/ | text/html | 2012-10-10T16:08:14 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] | [
0.9834,
0.0166,
0
] | Hildebrand Kayibanda arabeshyuza ko atigeze atanga amafaranga mu kigega kiswe agaciro
Amnesty International irega U Rwanda gukora ibikorwa by’iyicarubozo
Rwanda: Ibiciro bya Essence na Mazutu byazamutse
Madame Victoire Ingabire akomeje kugaraguzwa agati
Kagame akomeje kwikoma ubutabera mpuzamahanga nk’aho atinya ko nawe buzamugeraho
”Umujinya Perezida Kagame agaragaza mu mvugo ze uterwa n’ubwoba”: Condo Gervais
Hildebrand Kayibanda arabeshyuza ko atigeze atanga amafaranga mu kigega kiswe agaciro
Ihuriro Nyarwanda RNC ryakoze inama i Johannesburg
Rwanda: Ibiciro bya Essence na Mazutu byazamutse
Mu mabanki yo mu Rwanda amafaranga aragenda akendera
Ubukungu bw’u Rwanda ntabwo bwifashe neza nk’uko Leta ya FPR ishaka kubyerekana
Kagame mumayira abiri! kugundira ubutegetsi no gusabwa kwegura, byanyura mu yihe nzira !
Mushobora kumva aha uko kagame yavuzeko nta nzira yo kumukura kubutegetsi (2010) bikurikirwa n’ijambo yavuze ko bamusabye kwegura atazategereza umunota n’umwe (2012) | [
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | c3683b3605d29a68d14b76699e019e8d | keep | [] | [
5,
7.4,
10,
10,
10,
10,
8.5,
0,
0
] |
./WIDE-20121012200652-crawl335/WIDE-20121012200652-02165.warc.gz | 261,951,875 | 11,494 | 50,416 | http://www.ruhagoyacu.com/spip.php?article4915 | text/html | 2012-10-12T20:38:32 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] | [
0.9779,
0.0221,
0
] | Numero ya kabiri muri Africa akaba n’umukinnyi witwaye neza ku munsi wa mbere Giancarlo Davite ntago yaje guhirwa n’umunsi wa kabiri w’isiganwa ry’amamodoka rikomeje kubera mu Rwanda nyuma y’uko imodoka ye igize akabazo ikava mu irushanwa.
Iri ni irushanwa ryatangiye kuri uyu wa gatanu tariki ya 21/09/2012 aho imodoka 15 ziturutse mu bihugu by’u Rwanda na Uganda zitabiriye irushanwa rya karindwi muri shampiyona nyafurika .
Umunsi wa mbere w’iri rushanwa wabereye I Gahanga mu karere ka Kicukiro hagaragaye abafana benshi ari nako abaryitabiriye bakomeje gushimisha abari aho.
Mu bari I Gahanga kandi hari Minisitiri ufite Siporo mu nshingano ze Protais Mitali watangaje ko yashimishijwe n’ubryo iyo Rally yitabiriwe avuga ko abantu bose bakwiye nayo kuyishyigikira.
“Murabona ko hano harimo abakinnyi b’ababahanga nk’uyu mugabo Giancarlo ni uwa kabiri muri Africa ashyigikiwe yaba n’uwa mbere bityo umukinnyi ukomoka mu Rwanda akaba yatera imbere” Minisitiri Mitali.
Muri rusange nyuma y’umunsi wa mbere umukinnyi Giancarlo Davite yaje ku mwanya wa mbere akoresheje iminota ine n’amasegonda 29 (4:29) umwanya wa kabiri ufatwa na Elefter Mitraros waturutse mu gihugu cya Uganda uwa mbere akaba yamurushije amasegonda 13. Undi munyarwanda yaje ku mwanya wa gatatu akaba ari Claude Kwizera uyu we uwa mbere yamurushije umunota umwe n’amasegonda 17.
Irushanwa rikaba ryakomeje kuri uyu wa gatandatu tariki ya 22/09/2012 aho ku mamodoka 1 yari yasiganwe ku munsi wa mbere, uyu munsi arindwi ariyo yitabiriye iriri kubera I Muhondo na Shyorongi mu ntara y’amajyaruguru. Kuri iki cyumweru tariki ya 23/09/2012 ni ho irushanwa rizasozwa abasiganwa bakazarushanyirizwa mu duce twa Nduba-Kajevuba-Rusasa Rudogo Remera na Nyacyonga.
Amwe mu mafoto yuko byari byifashe | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn"
] | allowed | f7b34802731d6ce1587d3a8c882eeeb7 | keep | [] | [
6.8,
8.7,
10,
10,
9.8,
9.7,
10,
2,
0
] |
./WIDE-20121213184803-crawl419/WIDE-20121213202220-07073.warc.gz | 54,269,195 | 10,411 | 49,980 | http://www.igihe.com///imikino/football/?debut_gh_news=1500 | text/html | 2012-12-13T20:35:12 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] | [
0.9967,
0.0033,
0
] | Ikipe ya Nigeria y’abatarengeje imyaka 17 niyo izakina umukino wa nyuma w’igikombe cy’isi cy’abatarengeje imyaka 17 aho igomba guhura na Switzerland...
Uko muri Afrika imikino iza kuba yifashe ku munsi wa nyuma mu matsinda
Group A
Ibi ni ibyaraye bibaye ku ikipe ya Algeria ubwo yageraga mu Misiri maze ikahahurira n’uruva gusenya ubwo abafana basanganga bus yari irimo...
(Ferguson mu bihano !)
Nyuma y’uko ikipe ya Manchester United inganyirije na Sunderland, aho Ferguson yaneguye...
Ku mugabane w’u Burayi basa nk’aho batagitinya na gato ikipe y’igihugu y’u Bufaransa kubera umusaruro muke ikomeje guha abakunzi bayo, ibi bikaba...
Mu rwego rwo kwibuka Robert Enke, Federation y’umupira w’amaguru mu Budage yahagaritse umukino wa gicuti wagombaga guhuza Ubudage na Chile mu mpera...
Muri Copa Del Rey Real Madrid yaraye isezerewe mu gihe Barcelona na Atletico Madrid zakomeje bitagoranye
Atletico Madrid 6 - 0...
Colombia 1:1 (5:3 Pen) Turkey
Uyu ni umunyezamu wafatiraga ikipe ya Hannover hamwe n’ikipe y’igihugu y’Ubudage, akaba yitabye Imana afite imyaka 32.
Uyu munyezamu uzwi cyane...
Ku nshuro ya mbere mu mateka, igikombe cy’isi cy’umupira w’amaguru cyageze k’ubutaka bw’u Rwanda.
Cyamurikiwe Abanyarwanda kuri Stade amahoro I...
Ibi ni ibyibazwa n’isi yose aho ikipe yitwa Alcorcon yabashije gutsinda by’intangarugero ikipe ya Real Madrid ibitego bine ku busa, aho hakaba hari...
- Kucyakira ni kuri Stade Amahoro !
- Gikorwaho n’uwagitsindiye, n’umukuru w’igihugu gusa !
Nyuma yo kuzenguruka ibihugu bitandukanye bya...
Umukinnyi Haruna Niyonzima usanzwe ukinira ikipe y’Igihugu y’u Rwanda Amavubi na Yanga yo muri Tanzania, yasinye amasezerano y’imyaka 3 yo gukinira...
Abashinzwe gukurikirana abakinnyi (scouts) bari bamaze iminsi mu Rwanda bashaka abakinnyi bakohereza mu Bwongereza, bashimye cumi n’umwe bakina...
Kuwa gatandatu
Isonga 0-2 Rayon Sport (Stade Regional) Etincelles 1-0 Mukura (Stade Umuganda) Espoir FC 1-0 La Jeunesse (Rusizi)
Ku...
Aka gahigo kari karaciwe n’Umudage wakinaga muri Bayern Munich Gerd Muller, wanyeganyeje inshundura z’amazamu inshuro 85 mu mwaka w’1972.
Ku...
Mu mukino wa nyuma w’igikombe cya CECAFA waberaga ku kibuga kitiriwe Mandela i Kampala muri Uganda, ikipe y’igihugu ya Uganda yatsinze iya Kenya...
Nyuma y’aho ku munsi wa 9 wa shampiyona Primus National Football League, Police FC itsindiye Muhanga FC ibitego 2 ku busa, byayihaye amahirwe yo...
Ikipe ya Manchester United mu Bwongereza, kuri iki cyumweru tariki ya cyenda Ukuboza 2012 yashyize ikinyuranyo cy’amanota atandatu hagati yayo na...
Abashinga amakipi y’umupira w’amaguru abenshi baba bazi ko babonye inzira yo kugera ku mafaranga, kuko akenshi baba bizeye ko imikino yose...
Nyuma yo guhanishwa kumara imyaka itanu adatoza ikipe iyo ari yo yose mu Rwanda, umutoza Jean Marie Ntagwabira wahagaritswe atoza ikipe ya Rayon...
Aka gahigo kari karaciwe n’Umudage wakinaga muri Bayern Munich Gerd Muller, wanyeganyeje inshundura z’amazamu inshuro 85 mu mwaka w’1972.
Ku...
Abashinga amakipi y’umupira w’amaguru abenshi baba bazi ko babonye inzira yo kugera ku mafaranga, kuko akenshi baba bizeye ko imikino yose...
Umukinnyi Haruna Niyonzima usanzwe ukinira ikipe y’Igihugu y’u Rwanda Amavubi na Yanga yo muri Tanzania, yasinye amasezerano y’imyaka 3 yo gukinira...
Abashinzwe gukurikirana abakinnyi (scouts) bari bamaze iminsi mu Rwanda bashaka abakinnyi bakohereza mu Bwongereza, bashimye cumi n’umwe bakina...
Kuwa gatandatu
Isonga 0-2 Rayon Sport (Stade Regional) Etincelles 1-0 Mukura (Stade Umuganda) Espoir FC 1-0 La Jeunesse (Rusizi)
Ku...
Ikipe ya Manchester United mu Bwongereza, kuri iki cyumweru tariki ya cyenda Ukuboza 2012 yashyize ikinyuranyo cy’amanota atandatu hagati yayo na... | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"eng_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"swh_Latn",
"eng_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"fra_Latn",
"kmb_Latn",
"run_Latn",
"kmb_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kmb_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"fra_Latn",
"kmb_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | d638c692c5449d510efb4eb358ae9af0 | keep | [] | [
5.5,
9.4,
10,
8.9,
9.8,
10,
8.2,
0,
0
] |
./WIDE-20121213184803-crawl419/WIDE-20121213202220-07073.warc.gz | 57,233,796 | 10,549 | 50,100 | http://www.igihe.com///imikino/football/?debut_gh_news=1596 | text/html | 2012-12-13T20:35:49 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] | [
0.9942,
0.0058,
0
] | Bakunzi b’imikino mu mpera z’iyi weekend byari bishyushe muri Premiership, La Liga, Serie A aho ibihangange byahangamuwe.
Muri Premiership...
Ku munsi w’ejo muri Liban ahari kubera amarushanwa ya Francophonie, Nyirabarame epiphanie yegukanye umudari wa Zahabu, aho yasiganwaga ku...
-Nyirabarame Ephiphanie, Ntirenganya Félix, Disi Dieudonné ndetse n’itorero Amizero bazaniye u Rwanda imidari mu mikino itandukanye.
Nkuko...
Imishyikirano igeze kure hagati y’ikipe ya Police FC na Gatete.
Nyuma y’amakuru yari amaze iminsi avuga ko Jimmy Gatete yaba yarasinyiye ikipe...
Amakipe ahagarariye Africa mu mikino y’igikombe cy’isi U-20 Akomeje kwitwara neza, Aho imikino igeze mur 1/8.
Dore uko amakipe agomba...
Iri siganwa ku magare riri kubera mu mugi wa Kigali rikaba rije gutegura Tour du Rwanda,abasiganwa bahagurikiye kuri Stade Amahoro saa 9H00 za mu...
Ibi ni ibitangazwa na SKY Sport ko uyu captain wa Arsenal Cesc Fabregas yaba akunda cyane AC Milan kandi kaba yifuza umunsi umwe kuzayikinamo....
Muri iyi weekend biraba bishyushye cyane ku mugabane w’i Burayi cyane muri Premiership aho Liverpool nyuma yo gutsindirwa i Roma ishaka kwihimura...
Mu rwego rwo kwitegura imikino ya Afurika mu mikino ya basketball izabera muri Madagascar guhera tariki 9-18 ukwakira, ku munsi w’ ejo tariki...
AC Milan ni imwe mu makipe akomeye ku mugabane w’Iburayi, ikaba yaranatwaye ibikombe byinshi cyane, aho yanakinnyemo bamwe mu bakinyi b’ibihangange...
Umukino wa nyuma w’icyi gikombe ukaba wahuje amakipe y’ibigugu mu gihugu cyacu, KIYOVU SPORTS na APR FC. Igikombe cyaje kwegukanwa n’ikipe ya APR...
Kuri uyu wa kabiri n’uyu wa gatatu, iyi mikino y’igikombe gihuza amakipe yabaye aya mbere ku mugabane w’uburayi irakomereza ku munsi wayo wa kabiri,...
Umukinnyi Haruna Niyonzima usanzwe ukinira ikipe y’Igihugu y’u Rwanda Amavubi na Yanga yo muri Tanzania, yasinye amasezerano y’imyaka 3 yo gukinira...
Abashinzwe gukurikirana abakinnyi (scouts) bari bamaze iminsi mu Rwanda bashaka abakinnyi bakohereza mu Bwongereza, bashimye cumi n’umwe bakina...
Kuwa gatandatu
Isonga 0-2 Rayon Sport (Stade Regional) Etincelles 1-0 Mukura (Stade Umuganda) Espoir FC 1-0 La Jeunesse (Rusizi)
Ku...
Aka gahigo kari karaciwe n’Umudage wakinaga muri Bayern Munich Gerd Muller, wanyeganyeje inshundura z’amazamu inshuro 85 mu mwaka w’1972.
Ku...
Mu mukino wa nyuma w’igikombe cya CECAFA waberaga ku kibuga kitiriwe Mandela i Kampala muri Uganda, ikipe y’igihugu ya Uganda yatsinze iya Kenya...
Nyuma y’aho ku munsi wa 9 wa shampiyona Primus National Football League, Police FC itsindiye Muhanga FC ibitego 2 ku busa, byayihaye amahirwe yo...
Ikipe ya Manchester United mu Bwongereza, kuri iki cyumweru tariki ya cyenda Ukuboza 2012 yashyize ikinyuranyo cy’amanota atandatu hagati yayo na...
Abashinga amakipi y’umupira w’amaguru abenshi baba bazi ko babonye inzira yo kugera ku mafaranga, kuko akenshi baba bizeye ko imikino yose...
Nyuma yo guhanishwa kumara imyaka itanu adatoza ikipe iyo ari yo yose mu Rwanda, umutoza Jean Marie Ntagwabira wahagaritswe atoza ikipe ya Rayon...
Aka gahigo kari karaciwe n’Umudage wakinaga muri Bayern Munich Gerd Muller, wanyeganyeje inshundura z’amazamu inshuro 85 mu mwaka w’1972.
Ku...
Abashinga amakipi y’umupira w’amaguru abenshi baba bazi ko babonye inzira yo kugera ku mafaranga, kuko akenshi baba bizeye ko imikino yose...
Umukinnyi Haruna Niyonzima usanzwe ukinira ikipe y’Igihugu y’u Rwanda Amavubi na Yanga yo muri Tanzania, yasinye amasezerano y’imyaka 3 yo gukinira...
Abashinzwe gukurikirana abakinnyi (scouts) bari bamaze iminsi mu Rwanda bashaka abakinnyi bakohereza mu Bwongereza, bashimye cumi n’umwe bakina...
Kuwa gatandatu
Isonga 0-2 Rayon Sport (Stade Regional) Etincelles 1-0 Mukura (Stade Umuganda) Espoir FC 1-0 La Jeunesse (Rusizi)
Ku...
Ikipe ya Manchester United mu Bwongereza, kuri iki cyumweru tariki ya cyenda Ukuboza 2012 yashyize ikinyuranyo cy’amanota atandatu hagati yayo na... | [
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"fra_Latn",
"kmb_Latn",
"run_Latn",
"kmb_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kmb_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"fra_Latn",
"kmb_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | 40f6f426390e1f899fa9cf75fe6d8265 | keep | [] | [
5.2,
9.1,
10,
9.1,
10,
10,
7.9,
0,
0
] |
./WIDE-20121213184803-crawl419/WIDE-20121213202220-07073.warc.gz | 120,250,243 | 10,433 | 49,712 | http://www.igihe.com///imikino/football/?debut_gh_news=1548 | text/html | 2012-12-13T20:53:09 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] | [
0.9975,
0.0025,
0
] | - Yatwaye igikombe cy’uburayi hamwe n’ikipe y’igihugu mu mwaka 2008.
- Yabaye uwa gatatu kuri Ballon d’Or mu mwaka w’2008.
- Yabaye uwa...
Mu Rwanda
- Kiyovu yeretswe ko mu majyaruguru nabo bazi gutera umupira w’amaguru
Mu biganiro byacu bishize twabagejejeho ikiganiro kirambuye twagiranye na Bobo Bola, Rutahizamu w’Amavubi akaba anakinira ikipe yitwa SIRIANSKA yo...
Uruganda rukora inkweto rukaba runambika amwe mu makipe y’ibihugu muri Africa ruratangaza ko rumaze kugirana amasezerano akomeye na CAF , aho...
ku wagatandatu tariki ya 24/10/2009
- APR v Marines
1. Nk’uko amategeko agenga umupira w’amaguru mu Rwanda abiteganya, kandi bikaba byaremejwe n’Inteko Rusange ya FERWAFA yabereye kuri Laico Umubano...
Premiership
Hategerejwe n’amatsiko menshi uko ikipe ya Liverpool izakira ikipe ya Manchester United aho ikipe ya Liverpool igomba gutsinda...
Chelsea
- Ikipe ya Chelsea iri gusaba FIFA ko yayireka ikabasha kugura abakinnyi muri uku kwa mbere kuza, aho isoko ryo kugura no kugurisha...
Uwo ni Andrew Wiggins umunyakanada ufite imyaka 13 n’uburebure bwa metero 1 na santimetero 98, si byo gusa ubuhanga afite mu mukino w’intoki wa...
Mu kiganiro kirambuye Bobo Bola yagiranye n’umunyamakuru w’igihe.com, yatangaje ko yifuza gufasha amavubi mu mukino wa Zambiya, ku bwe arumva...
Champions League yaraye ikomeje aho haraye hagaragaye ibintu bikomeye ku makipe amwe n’amwe.
Real Madrid Vs Ac Milan...
Mu mikino ya Champions League byari bishyushye aho ikipe ya Liverpool itorohewe mu rugo na Lyon, mu gihe Barcelona na yo yatsindiwe bwa mbere mu...
Umukinnyi Haruna Niyonzima usanzwe ukinira ikipe y’Igihugu y’u Rwanda Amavubi na Yanga yo muri Tanzania, yasinye amasezerano y’imyaka 3 yo gukinira...
Abashinzwe gukurikirana abakinnyi (scouts) bari bamaze iminsi mu Rwanda bashaka abakinnyi bakohereza mu Bwongereza, bashimye cumi n’umwe bakina...
Kuwa gatandatu
Isonga 0-2 Rayon Sport (Stade Regional) Etincelles 1-0 Mukura (Stade Umuganda) Espoir FC 1-0 La Jeunesse (Rusizi)
Ku...
Aka gahigo kari karaciwe n’Umudage wakinaga muri Bayern Munich Gerd Muller, wanyeganyeje inshundura z’amazamu inshuro 85 mu mwaka w’1972.
Ku...
Mu mukino wa nyuma w’igikombe cya CECAFA waberaga ku kibuga kitiriwe Mandela i Kampala muri Uganda, ikipe y’igihugu ya Uganda yatsinze iya Kenya...
Nyuma y’aho ku munsi wa 9 wa shampiyona Primus National Football League, Police FC itsindiye Muhanga FC ibitego 2 ku busa, byayihaye amahirwe yo...
Ikipe ya Manchester United mu Bwongereza, kuri iki cyumweru tariki ya cyenda Ukuboza 2012 yashyize ikinyuranyo cy’amanota atandatu hagati yayo na...
Abashinga amakipi y’umupira w’amaguru abenshi baba bazi ko babonye inzira yo kugera ku mafaranga, kuko akenshi baba bizeye ko imikino yose...
Nyuma yo guhanishwa kumara imyaka itanu adatoza ikipe iyo ari yo yose mu Rwanda, umutoza Jean Marie Ntagwabira wahagaritswe atoza ikipe ya Rayon...
Aka gahigo kari karaciwe n’Umudage wakinaga muri Bayern Munich Gerd Muller, wanyeganyeje inshundura z’amazamu inshuro 85 mu mwaka w’1972.
Ku...
Abashinga amakipi y’umupira w’amaguru abenshi baba bazi ko babonye inzira yo kugera ku mafaranga, kuko akenshi baba bizeye ko imikino yose...
Umukinnyi Haruna Niyonzima usanzwe ukinira ikipe y’Igihugu y’u Rwanda Amavubi na Yanga yo muri Tanzania, yasinye amasezerano y’imyaka 3 yo gukinira...
Abashinzwe gukurikirana abakinnyi (scouts) bari bamaze iminsi mu Rwanda bashaka abakinnyi bakohereza mu Bwongereza, bashimye cumi n’umwe bakina...
Kuwa gatandatu
Isonga 0-2 Rayon Sport (Stade Regional) Etincelles 1-0 Mukura (Stade Umuganda) Espoir FC 1-0 La Jeunesse (Rusizi)
Ku...
Ikipe ya Manchester United mu Bwongereza, kuri iki cyumweru tariki ya cyenda Ukuboza 2012 yashyize ikinyuranyo cy’amanota atandatu hagati yayo na... | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"zho_Hant",
"run_Latn",
"yor_Latn",
"run_Latn",
"swh_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"lmo_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"fra_Latn",
"kmb_Latn",
"run_Latn",
"kmb_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kmb_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"fra_Latn",
"kmb_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | 5d62e8d1af896185c569c55bfe0cc9af | keep | [] | [
5.1,
8.9,
10,
9.1,
10,
9.9,
7.9,
0,
0
] |
./WIDE-20121104053051-crawl417/WIDE-20121104055928-04512.warc.gz | 69,508,463 | 7,245 | 29,816 | http://www.inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1209280403 | text/html | 2012-11-04T06:02:03 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] | [
0.9823,
0.0177,
0
] | Abakinnyi batanu ba FC Barcelone barimo Messi biteguye kwibaruka abana
Mu ikipe ya FC Barcelone burya uko bahererekanya imipira niyo bagiye kubyara wagirango batumanaho kuko abakinnyi bagera kuri batanu biteguye kuba ababyeyi mu minsi iri imbere.
Ni nyuma y’umuzamu usimbura Pinto aherutse kwibaruka umwana ariko na Valdes nawe umugore we aratwite biyongera kuri Messi, Pedro na Gerrard Pique.
Mu minsi ishize kandi habaye agashya ubwo kizigenza wa FC Barcelone, Lionel Messi yibagiwe aho yahagaritse imodoka ye maze ayobera kuya mugenzi Thiago Alcantara ubwo abakinnyi bavaga gufata amafunguro.
Bitewe n’uko aba basore bombi bafite imodoka zo mu bwoko bumwe kandi zifite ibara ry’umweru Messi yagerageje kwinjira mu modoka itari iye.
Lionel Messi yafunguye imodoka akeka ko ariye biramunanira niko kurunguruka imbere anyujije mu birahure asanga atara iye. Nyamara yari amaze kuyirukanaho nyirayo nawe akamureka.
Video ya Messi ayobera ku modoka y’abandi:
Rutaganda Ponny | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"scn_Latn"
] | allowed | fd140826ae2d33d02f0fda6d237d1669 | keep | [] | [
6.9,
8.6,
10,
10,
10,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121104053051-crawl417/WIDE-20121104055928-04512.warc.gz | 81,302,348 | 7,391 | 29,929 | http://www.inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1209280905 | text/html | 2012-11-04T06:02:52 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] | [
0.9559,
0.0441,
0
] | Liliane Kabaganza yerekeje i Bujumbura
Umuhanzikazi mu ndirimbo zihimbaza Imana, Liliane Kabaganza, kuri uyu wa Kane yerekeje i Bujumbura mu gihugu cy’Uburundi aho ajyiye kuririmba mu giterane.
Nk’uko yabidutangarije kuri uyu wa kane tariki ya 27/09/2012, ku kibuga cy’indege i Kanombe mbere gato yo kwerekeza mu gihugu cy’u Burundi, Liliane Kabaganza yatumiwe mu giterane kizamara iminsi itanu, cyikazabera ku rusengero rwitwa Dynamique.
Muri ki giterane Kabaganza akaba yajyanye n’undi muhanzi w’umunyarwanda Mama Zoulou ubusanzwe amazina ye akaba ari Zaninka Joseline.
Tumubajije ibindi bikorwa ari gukora muri iyi minsi nibyo ateganya mu minsi iri imbere nyuma yo gutwara Salax Awards 2012, yatubwiye ko ubu ari gukora amashusho ya alubumu ze ebyiri, iyi ikinyarwanda n’iyi giswahiri zose ashaka ko zizasohokera rimwe umwaka utaha wa 2013, izi ndirimbo zose hamwe zikaba ari makumwabiri, akaba ari kuzikorera ahantu henshi hatandukanye ku biyaga n’ahandi henshi hatandukanye bigendanye na buri ndirimbo uko imeze.
Uretse kandi ifatwa ry’ayo mashusho y’izo ndirimbo, Liliane atangaza ko akomeje no gutaramira abakunzi be mu bitaramo n’ibiterane bitandukanye aba yatumiwemo.
Patrick Kanyamibwa | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | 834f675f41d0c85e8e3d299027838592 | keep | [] | [
7.1,
8.8,
10,
10,
10,
10,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121104053051-crawl417/WIDE-20121104055928-04512.warc.gz | 154,580,121 | 7,990 | 32,240 | http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1209270655 | text/html | 2012-11-04T06:07:10 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kik_Latn"
] | [
0.9989,
0.0012,
0
] | Ikipe ya Rayons Sports ikomeje gutega zivamo
Imikino ibiri ya shampiyona irarangiye, ikipe ya Rayon Sport nta nota na rimwe yari yabasha kubona. Bimwe mu bibazo byavugwaga ko bituma iyi kipe ititwara neza byarakemutse ndetse abakunzi bayo nyuma yo kuyiherekeza i Nyanza batangiye kubyina intsinzi no kwitegura ibikombe.
Umukino wa mbere wa shampiyona Rayon sports yakiriye ku kibuga cyayo gishya i Nyanza Amagaju umukino urangira itsinzwe ibitego 2-1.
Gutsindwa umukino wa mbere hari impamvu nyinshi zabigizemo uruhare nko kutamenyera ikibuga hamwe n’abakinnyi batarabona ibyangombwa byo gukina uretse ko byari ikibazo rusange ku makipe menshi.
Kuri uyu wa gatatu taliki ya 26 Nzeli 2012 Rayon Sports yongeye gutsindwa umukino wa kabiri wa shampiyona na AS Kigali ibitego 3-1.
Nyuma y’uyu mukino abafana n’abakunzi ba Rayon Sports babajwe bikomeye n’uburyo ikipe yabo itangiye shampiyona bitewe n’ikizere bari bayifitiye cyo kwitwara neza uyu mwaka.
Ikipe ya Rayon Sports iheruka gutwara igikombe cya shampiyona mu mwaka wa 2004 bigaragara ko niramuka idakosoye ibituma itsindwa uyu mwaka nabwo yataha amara masa.
Bimwe mu bishyirwa mu majwi n’abafana harimo kuba abatoza iyi kipe ifite bafite ubushobozi ariko batari ku rwego rwo gutoza ikipe ikomeye nka Rayon Sports.
Ikindi kivugwa ni abakinnyi ifite ariko bataratangira gukina bitewe n’impamvu zitandukanye zirimo barimo kizigenza wayo Cedric.
Nanone ariko ntibikuraho ko andi makipe amaze gusiga Rayon Sports mu rugamba rwo gushaka igikombe cya shampiyona kandi ikaba itaranakina imikino izayihuza n’amakipe akomeye nka APR FC, Police FC, Kiyovu Sports n’andi…
Tubibutse ko Rayon Sport ari imwe mu makipe yakinnye imikino myinshi ya gicuti yo kwitegura shampiyona kuburyo gutangira nabi shampiyona bije bitunguranye.
Ariko iyi kipe irimo irazira iki?
Rutaganda Ponny. | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"scn_Latn"
] | allowed | ed8a8eeee63340419f0927df76a1e6cf | keep | [] | [
8.1,
10,
10,
10,
10,
10,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121028152632-crawl417/WIDE-20121028162055-03616.warc.gz | 565,660,549 | 8,719 | 34,582 | http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1208270508 | text/html | 2012-10-28T16:45:32 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kik_Latn"
] | [
0.9105,
0.0895,
0
] | Jay Polly yagiye muri Uganda gufana Sisqo. UMVA IKIGANIRO
Kuri uyu wa gatandatu nibwo Jay Polly yasesekaye mu mujyi wa Kampala aho yari agiye gufana umuhanzi mugenzi w’umunyamerika Sisqo wahakoreye igitaramo. Iki gitaramo kigishije Jay Polly byinshi cyane cyane mu mitegurire y’igitaramo n’uburyo umuhanzi yitwara imbere y’abafana.
UMVA IKIGANIRO JAY POLLY ASOBANURA UBURYO YAGIYE GUFANA SISQO.
Nguwo Jay Polly mu bafana ba Sisqo.
Mu kiganiro twagiranye na Jay Polly ari i Kampala, muri Uganda, yadutangarije ko n’ubwo hari izindi gahunda ari gukorera muri iki gihugu, ngo by’umwihariko yari afite gahunda yo gufana Sisquo kubera uburyo akunda indirimbo ze.
Abajijwe isomo yakuye muri iki gitaramo cy’uyu muhanzi w’icyamamare ku isi, Jay Polly yagize ati: “Kabisa bariya batypes bararenze tu. Bigaragara ko ikintu aba aje gukora aba yaracyiteguye ku giti cye kuburyo agera kuri uwo munsi ari nko kunywa amazi. Urebye ukuntu babyinaga kuri stage, ukuntu bajyanaga… sha wabonaga ko batagotwa. Shabarabizi cyane wallah!”
Bobi Wine na Weasel(murumuna wa Chameleone) nabo bari muri iki gitaramo.
Yakomeje agira ati: “Icyo nabonye n’uko mu gihe dufite nk’igitaramo dukwiye kujya twitegura neza hapana kuza muri concert gutyo.”
Jay Polly kandi yagiranye ibiganiro n’abahanzi bakomeye bo muri Uganda dore ko harimo abahanzi benshi bari baje kureba imiririmbire ya Sisqo. Mu bo Jay Polly yaganiriye nabo muri iki gitaramo, harimo Chameleone, Navio, Miss Confidence, Coco Finger n’abandi benshi.
Gusa, nta mahirwe yagize yo kuba yavugana na Sisqo dore ko ubwo iki gitaramo cyari kirimbanije, imvura yaraguye abantu baratatana birangira Jay Polly atabonanye na Sisqo.
Jay Polly azagera mu Rwanda kuwa gatatu.
Uyu muraperi uzwi mu ndirimbo Akanyarirajisho, You and I n’izindi, ngo muri gahunda ari gukorera muri Uganda, harimo gukora amashusho y’indirimbo, kurangiza zimwe mu ndirimbo(Audio) afite muri iki gihugu n’ibindi. Jay Polly ati: “Ni gahunda nyinshi tu. Ndi gukora video y’Umwami uganje, harimo kurangiza ama audio mfite hano. Hari n’izindi gahunda zirimo gutembera,kuruhuka….”
Nguwo Sisqo kuri stage.
Jay Polly arateganya kuzagera mu Rwanda ku munsi w’ejobundi kuwa gatatu tariki 29/8/2012.
Munyengabe Murungi Sabin. | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"quy_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"knc_Latn",
"run_Latn",
"jav_Latn"
] | allowed | c5a33eeb5cf6e3cdd5c44f7561a1697a | keep | [] | [
5.2,
6.4,
10,
9.7,
9.8,
10,
10,
3,
0
] |
./WIDE-20121103020238-crawl417/WIDE-20121103020238-04301.warc.gz | 603,218,562 | 8,175 | 32,955 | http://www.inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1209260230 | text/html | 2012-11-03T02:37:38 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"swh_Latn"
] | [
0.8975,
0.1025,
0
] | Alif Naaba na Moise Mutangana baraye bataramiye abanyarwanda-Amafoto
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri nibwo igihangange mu njyana za kinyafurika Alif Naaba afatanyije n’umunyarwanda Moise Mutangana baraye bakoze igitaramo mu rwego rwo gutangiza ku mugaragaro umushinga wiswe Mumataha, Remember Me.
Muri iki gitaramo cyateguwe n’itsinda rya Rwanda Professional Dreamers,Alif Naaba ukomoka mu gihugu cya Burkina Faso n’umunyarwanda Moise Mutangana baraye berekanye ubwiza n’uburyohe bw’umuziki wa kinyafurika w’umwimerere dore ko abari aho bose bashimishijwe bidasubirwaho n’imiririmbire yo ku rwego rwo hejuru y’aba bahanzi bombi.
Mu ijambo perezida wa sena Dr Jean Damascene Ntawukuriryayo yagejeje ku bari bitabiriye iki gitaramo yavuze ko ashyigikiye umuziki gakondo wa kinyafurika n’uyu mushinga wiswe Mumataha, Remember Me, anizeza abawutangije ubufasha bwaba ubwe ku giti cye ndetse no kubakorera ubuvugizi mu zindi nzego za Leta.
Tubabwire ko Mumataha, Remember Me ari umushinga w’imyaka itatu ugamije gutegura kwibuka ku nshuro ya 20 jenoside yakorewe abatutsi mu mwaka w’1994 hakangurirwa abanyarwanda kugira urukundo, kwiremamo icyizere no gushimangira amahoro.
UKO BYARI BYIFASHE MU MAFOTO:
Madame Odile Gakire umwe ukuriye Rwanda Professional Dreamers ari nayo yateguye Mu mataha. Hano yavugaga ijambo ry'ikaze.
Umuyobozi wa Kalaos Media Design ltd, Bwana Gakire Theo umwe mu bateye inkunga ikomeye iki gikorwa.
Alif Naaba yabanje kugeza ijambo ku bari bitabiriye iki gitaramo.
Moise Mutangana yashimishije abitabiriye igitaramo yafatanyije na Alif Naab.
Moise aririmba ati: Humura
Alif Naaba yacuranze yambaye ibirenge.
Alif Naaba mu muziki w'umwimerere ucurangiwe aho(live) yashimishije abari bitariye iki gitaramo.
Nyakubahwa Perezida wa Sena, Dr Ntawukuriryayo Jean Damascene yashimishijwe n'imicurangire ya Alif Naaba.
Perezida wa Sena ageza ijambo rye ku bari bitabiriye iki gitaramo.
King James na we yari mu bafana.
Umuyobozi wa Positive Production(uwa mbere i buryo) Bwana Judo nawe ni umwe mu baterankunga bakomeye b'iki gikorwa.
Robert Msafiri | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"swh_Latn"
] | allowed | 37dd86f6e242207ffaca15a499a558e7 | keep | [] | [
5.5,
6.6,
10,
10,
10,
10,
10,
2,
0
] |
./WIDE-20121103020238-crawl417/WIDE-20121103020238-04301.warc.gz | 633,843,333 | 8,035 | 32,041 | http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1209220338 | text/html | 2012-11-03T02:39:29 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] | [
0.9365,
0.0635,
0
] | BRALIRWA izakomeza gutera inkunga shampiyona y'umupira w'amaguru mu Rwanda muri Season 2012/2013
Bralirwa Ltd yemeye gukomeza guteza imbere umupira w’amaguru mu Rwanda itera inkunga shampiyona y’ikiciro cya mbere mu Rwanda (Primus National Football League) mu mwaka wa 2012 / 2013. Ibi bitangazwa na Bralirwa Ltd hamwe na FERWAFA mu nama yahuje abayobozi b’impande zombi kuri uyu wa Gatanu, ku kicaro cy’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda.
Uruganda rwenga ibinyobwa mu Rwanda, Bralirwa, rumaze imyaka igera kuri itatu rutera inkunga umupira w’amaguru aho rwatangaga amafaranga atangwa nk’ibihembo ku makipe yatsinze, amafaranga yo kwitabira amarushanwa ku makipe byose mu rwego rwo kuzamura urwego rw’umupira w’amaguru mu Rwanda.
Umuyobozi ushinzwe ubucuruzi muri Bralirwa Bwana Jan van Velzen, yavuze ku kamaro k’iyi nkunga Bralirwa itanga. yagize ati: “Iyi nkunga ni ingirakamaro ku kinyobwa cya Primus kuko iduhuza n’abakunzi bacyo. Ni nk’umuhuza w’umukino ukunzwe kurusha iyindi n’ikinyobwa gikunzwe cyane kurusha ibindi mu Rwanda. Mu gutanga iyi nkunga, Bralirwa n’ikinyobwa cyayo Primus, twongeye gutanga inkunga tugendereye ubusabane ku bakunzi ba Primus”.
Buri mwaka, Bralirwa itera inkunga ibikorwa bitandukanye birebana n’imikino. Muri uyu mwaka ibinyujije mu kinyobwa cya Sprite, yazanye mu Rwanda igihangangee mu mukino wa Basketball muri Amerika Luol Deng ukinira Chicago Bulls muri NBA.
Bralirwa ibinyujije mu kinyobwa cya Coca-Cola kandi, uyu mwaka yateye inkunga irushanwa rya 4 ry’igikombe cya COPA Coca-Cola, amarushanwa ahuza abanyeshuli bo mu mashuli yisumbuye aho Bralirwa mu myaka ibiri ishize imaze gutanga amafaranga agera kuri miliyoni 40 z’amafaranga y’u Rwanda.
Avuga kuri iyi nkunga, Bwana Jan van Velzen yagize ati: “Kugira uruhare mu iterambere y’umupira w’amaguru mu Rwanda no guteza imbere umupira w’amaguru mu mashuli ni imwe mu nshingano zacu nk’uruganda runagira uruhare mu kuzamura imibereho y’abaturarwanda.” Uyu muyobozi yakomeje avuga ko Bralirwa igira kandi izanagira uruhare mu mikino, ari nako ikomeza guteza imbere abafite impano mu mupira w’amaguru.
Mu minsi mike, harategurwa inama n’abanyamakuru izaba irimo abayobozi ba FERWAFA na BRALIRWA ari nayo izatangarizwamo ingano y’inkunga uru ruganda rwateye iyi shampiyona.
Kugeza ubu, BRALIRWA ni rwo ruganda rwenga ibinyobwa byinshi mu Rwanda ibisembuye n’ibidasembuye harimo ikinyobwa cy’ibanze Primus, Mützig, Guinness, Amstel,Turbo King na Coca-Cola, Fanta Orange, Fanta Citron, Fanta Fiesta, Sprite, Krest Tonic hamwe na Vital’ O.
Uretse umupira w’amaguru, uru ruganda rukaba rujya runagaragara mu bindi bikorwa biteza imbere igihugu nko gutera inkunga, Uburezi, ubuzima no kubungabunga ibidukikije.
Jean Paul IBAMBE | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"sag_Latn"
] | allowed | dfa06e75d0098abe114711fb1704975a | keep | [] | [
5.5,
6.8,
10,
9.8,
9.6,
10,
10,
4,
0
] |
./WIDE-20121010154358-crawl413/WIDE-20121010155812-00605.warc.gz | 850,470,752 | 9,168 | 28,155 | http://rn.wikipedia.org/wiki/Kolesterole | text/html | 2012-10-10T16:25:39 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"tum_Latn"
] | [
1,
0,
0
] | Kolesterole
Ikinure nzibiramitsi bita “kolesterole’’ ni ikinure coroshe dusanga mu maraso. Ni ibisanzwe kugira ivyo binure kolesterole kuko bifasha mu kubumba uduhimba dutoduto twitanguriro turemye umubiri wacu. Ariko iyo ivyo binure bibaye vyinshi mu mubiri, bica bitera indwara y’umutima canke indwara iziba imitsi ijana amaraso mu bwonko.
Irwirirana ry’ibinure ‘‘kolesterole’’ ni kimwe mu bitera indwara y’umutima. Iyo hari ivyo binure kolesterole vyinshi mu maraso yawe, biraheza bikiyungiranya bikavurira imbere mu mpome z’imitsi mikuru itwara amaraso mu mutima. Haciye igihe ufise ivyo binure, bituma imitsi itimba, hanyuma igakongatara, hanyuma umurindi w’amaraso mu mubiri ukagabanuka canke bikazibira iyo mitsi. Ivyo rero bishobora gutera indwara y’umutima.
Irwirirana ry’ibinure nzibiramitsi “kolesterole” ntabimenyetso biboneka ryerekana, nico gituma bigoye kumenya ko uyigwaye utipimishije amaraso. Abantu bafise imyaka irenga 40 bategerezwa kuza baripimisha igipimo ca “kolesterole” kurugero muganga wabo yabahaye. | [
"min_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | ccabd0c87e7a1b7e06db233381b8e227 | keep | [] | [
7.2,
10,
10,
9.8,
8.9,
10,
10,
3,
0
] |
./WIDE-20121108225614-crawl419/WIDE-20121109003225-05354.warc.gz | 112,842,311 | 12,728 | 47,233 | http://www.igihe.com/amakuru/utuntu-n-utundi/cote-d-ivoire-kutagira-amaboko-n-amaguru-ntibimubuza-gushyushanya.html | text/html | 2012-11-09T00:41:01 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"bem_Latn"
] | [
0.801,
0.199,
0
] | Adamo Traoré, w’imyaka 32 y’amavuko, yavutse adafite amaboko n’amaguru ariko ubwo bumuga bukomeye ntibumubuza gushyushanya akoresheje umunwa we akanabona ikimutunga.
Kuva mu buto bwe, afite imyaka 9 y’amavuko, Adamo Traoré yajyanywaga mu Kigo cy’ababana n’ubumuga cy’i Agogo muri Cote d’Ivoire akajya yiga imyuga itandukanye.
Mu ntango, Adamo yakundaga kuririmba usibye ko yaje gihitamo gushyushanya, kuko nibyo yashoboye anasanga byamutunga neza kuko ntabwo yashobora kubaka no gukora iyindi mirimo ikomeye.
Kugeza magingo aya ,Adamo atunzwe n’ibihangano bye agurisha mu mujyi wa Abidjan muri Cote d’Ivoire. Aganira na BBC dukesha iyi nkuru yagize ati ”Mbabazwa no kubona abantu basabiriza kandi bafite ingingo zabo zose, njyewe nizera ko Imana yaturemeye kandi idukunda, nzakunda umwuga wanjye kuko niwo umbeshejeho kandi ni nawo umpa imbaraga zo kubaho ndetse nkaba n’ingirakamaro muri sosiyete”.
Abahisi n’abagenzi batembera mu Mujyi w’Abidjan, batangazwa no kubona ubuhanga bwa Adamo. | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn"
] | allowed | d762eb6d49d9e91042089ea0ff825503 | keep | [] | [
5.4,
7.2,
10,
9.8,
9.4,
10,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121108210002-crawl419/WIDE-20121108225301-05346.warc.gz | 203,387,133 | 13,009 | 49,658 | http://www.igihe.com/ikoranabuhanga/internet/ku-bufatanye-na-skype-facebook-izanye-uburyo-bwo-kuvugana-abantu-barebana.html | text/html | 2012-11-08T23:12:28 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kik_Latn"
] | [
0.9519,
0.0481,
0
] | Nyuma y’uko urubuga rwa Internet nkoranyambaga Facebook rugirana amasezerano y’ubufatanye n’urubuga rwa Intenet Skype rufite umwihariko wo gukoresha ikoranabuhanga ryemerera abavugana kurebana imbona nkubone, Facebook nayo yiyemeje kubutangiza.
Ku munsi w’ejo kuwa Gatatu tariki 06 Nyakanga 2011, Mark Zuckerberg washinze urubuga nkoranyambaga rwa Facebook akaba ari na we muyobozi mukuru warwo, ari ku cyicaro gikuru cy’uru rubuga ahitwa Palo Alto muri Leta ya California, yatangaje ko bagiranye amasezerano n’urubuga rwa Skype, yatwaye akayabo ka miliyari umunani n’igice z’Amadolari y’Amerika.
Facebook ivuga ko abayikoresha bagera kuri miliyoni Magana arindwi na mirongo itanu, bari ku migabane itandukanye ku isi igiye gutangiza serivisi nshya, yemerera abavugana kurebana imbona nkubone mu rwego rwo guhanganira isoko n’urubuga rwa Google rwatangije muri iyi minsi serivisi zikora nk’iza Facebook, rwiswe Google+.
Nyuma yo gusanga bitazorohera Facebook guhangana na Google+ dore ko bose batanga serivisi z’imwe, byatumye urubuga rwa Facebook ruhitamo gutangiza iyi serivisi ifite umwihariko w’abavuga barebana, ndetse bikazaba bishoboka ko abavuganira kuri iri koranabuhanga barenga babiri, bakagera ku icumi ariko bose barebana icyarimwe !
Muri aya masezerano, hagaragaramo ubufatanye na sosiyete ikora ibijyanye n’ikoranabuhanga mu bya mudasobwa, Microsoft ifitemo imigabane ingana na 1, 6% mu gishoro cya Facebook.
Serivisi zo kuvugana hagati y’abantu kandi barebana, zatangiye gutangwa n’urubuga rwa internet Skype mu mwaka w’2003. Zikunzwe gukoreshwa n’abantu bari ku migabane itandukanye, kandi zitangirwa ubuntu. | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn"
] | allowed | 1070b6e6057e769c42837dafaf89ff7b | keep | [] | [
5.4,
6.7,
10,
10,
9.8,
10,
10,
2,
0
] |
./WIDE-20121119154215-crawl417/WIDE-20121119171015-06983.warc.gz | 117,475,595 | 7,284 | 30,020 | http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1210170331 | text/html | 2012-11-19T17:17:36 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"bem_Latn"
] | [
0.9904,
0.0096,
0
] | Ku myaka 96 umukambwe Ramjit Raghav yibarutse umwana we wa Kabili
Umukambwe ukomoka mu gihugu cy’ubuhinde ku myaka 96 y’amavuko yabashije kwibaruka umwana we wa kabili ibintu bigaragara ku bantu bacye.
Ramjit Raghav, umuhinde w’imyaka 96 kuri ubu yamaze kubyara umwana we wa kabili nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru Metro UK.
Uyu mugabo usanzwe anafite umuhigo wo kuba ariwe muntu wabyaye ari mu zabukuru ukiriho kurusha abandi, hari hashize imyaka ibiri aribwo yibarutse umwana we wa mbere amubyaranye n’umugore we nawe ufite imyaka 54 y’amavuko.
Mu gihe abantu benshi usanga birinda kuba babyara bagez emu zabukuru, Ramjit, we, vuga ko ari byiza. Ati: “Ntacyo nabikoraho, ni ugushaka kw’Imana.”
Jean Paul IBAMBE | [
"bem_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"sag_Latn"
] | allowed | 2cef7758b34bb93b2a0e87be78e958e2 | keep | [] | [
6.8,
9.1,
10,
9.8,
9.6,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121119154215-crawl417/WIDE-20121119171015-06983.warc.gz | 220,890,855 | 8,255 | 34,037 | http://www.inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1210180308 | text/html | 2012-11-19T17:22:37 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"bem_Latn"
] | [
0.9758,
0.0242,
0
] | Rihanna agiye kwibagisha amabere kubera Chris Brown
Rihanna yaba agiye kwibagisha amabereye mu buryo bwo kongera ubunini bw’amabere ye kubera icyifuzo cy’umukunzi we Chris Brown.
Nkuko byatangajwe na National Enquirer, Rihanna yaba yamaze kwemera icyo Chris Brown amusaba ku bijyanye no kongera amabere ye. Uyu muhanzikazi w’imyaka 24 y’amavuko, ngo ni amara kwibagisha aya mabere, ubwiza bwe buziyongera nkuko Chris yabimubwiye.
Umwe mu nshuti za hafi za Rihanna asobanura ko Chris Brown yita cyane kuri Rihanna muri iyi minsi, gusa uyu musore ngo ntabwo yishimiye amabere Rihanna afite dore ko ari mato cyane.
Yagize ati : « Rihanna nawe yahoze atewe ikibazo n’ubuto bw’amabere ye. Icyifuzo cya Chris Brown cyakoze ku mutima uyu mukobwa. »
N’ubwo Rihanna yitaweho cyane na Chris muri iyi minsi, ntararekana burundu na Karrueche nkuko bitangazwa na bamwe mu nshuti za hafi z’uyu musore.
Munyengabe Murungi Sabin. | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"jav_Latn"
] | allowed | e82076d818a9cf1416de74c4a3909c43 | keep | [] | [
5,
6.3,
10,
10,
10,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121119154215-crawl417/WIDE-20121119171015-06983.warc.gz | 228,644,649 | 7,211 | 29,748 | http://www.inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1210180323 | text/html | 2012-11-19T17:23:19 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] | [
0.9547,
0.0453,
0
] | Volleyball: amarushanwa ya Carre d'As azakinwa mu mpera z'iki cyumweru
Irushanwa ngarukamwaka rihuza amakipe yaje mu myanya ine ya mbere muri shampiyona ya Volleyball CARRE D’AS, uyu mwaka rizakinwa mu mpera z’iki cyumweru kuva taliki ya 20 kugeza 21 Ukwakira 2012.
Kuwa Gatandatu saa tatu za mugitondo nibwo imikino y’ amajonjora izatangira aho mu bagabo bazakinira kuri petit stade i Remera mugihe abagore bazakinira Kimisagara.
Imikino ya nyuma izakinwa ku cyumweru izabera I Remera, mu bagore umukino wa nyuma uzatangira saa munani naho mu bagabo utangire saa kumi.
Mu itangazo ryagenewe abanyamakuru, umunyamabanga nshingwabikorwa w’ishyirahamwe rya Volleball mu Rwanda yibukije ko iri rushanwa ritazahuzwa na gahunda y’Agaciro Development Fund ahubwo ko nayo izategurwa kuburyo bwihariye.
Iri rushanwa ryatewe inkunga na sosiyete y’ubwishingizi mu Rwanda SORAS ririmo amakipe 8 ane y’abagabo n’ane y’abagore.
Amakipe azitabira iri rushanwa
Abagabo
APR
LYCEE DE NYANZA
KAMINUZA Y'U RWANDA ( UNR)
INATEK
Abagore
APR
RRA
RUHANGO
SAINT ALOYS RWAMAGANA
Rutaganda Ponny. | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"zho_Hant",
"por_Latn",
"run_Latn",
"pag_Latn",
"run_Latn",
"zho_Hant",
"gaz_Latn",
"run_Latn",
"hau_Latn",
"scn_Latn"
] | allowed | 7b836f8452ff6179f308f17cb2cef89d | keep | [] | [
8,
10,
10,
10,
10,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121030042731-crawl335/WIDE-20121030042731-05027.warc.gz | 970,214,964 | 17,291 | 78,679 | http://www.radiyoyacuvoa.com/content/article/1520794.html | text/html | 2012-10-30T05:26:21 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"tum_Latn"
] | [
1,
0,
0
] | Umusi umwe inyuma y’aho barangirije impari zabo, president wa reta zunze ubumwe za amerika, Barack Obama hamwe na Mitt Romney yahoze ari bulamatari w’intara ya Massachussetts, barasubiye mu bikorwa vyo kwiyamamaza, mu gisagara ca Denver mu ntara ya Colorado, cabereyemwo izo mpari ejo ku musi wa gatatu.
Umushingantahe Obama yarashikirije ijambo ikoraniro ry’abanyagihugu, aho yareze Romney ko yahinduye imigambi yiwe, yiyamamarijeko. Yavuze kw’abanyapolitike bitoza mu kibanza c’umukuru w’igihugu, bakwiye kubwiza ukuri abanyamerika.
Umushingantahe Romney yaragiye mu nama y’umurwi w’abaRepublika mu gisagara ca Denver, aho abahungu biwe bari bategekanije gushikiriza ijambo. Yaranebaguye imigambi y’ubutunzi ya president Obama.
Mu nyuma, umushingantahe Romney yahavuye aja mu bumanuko bushira ubuseruko bw’intara ya Virginia gushikiriza ijambo, ari kumwe n’umunyapolitike basangiye ibikorwa vyo kwiyamamaza, umushingamateka Paul Ryan.
Ejo ku muhingamo kandi, president Obama yaciye aja mu ntara ya Wisconsin, umushingamateka Paul Ryan, aserukira. | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | 94245144a4e31efde4d19f4c09097a27 | keep | [] | [
7.9,
10,
10,
9.8,
10,
10,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121103131424-crawl419/WIDE-20121103142411-04836.warc.gz | 164,548,789 | 11,381 | 35,800 | http://www.igihe.com/amakuru/mu-mateka/tariki-29-nzeli.html | text/html | 2012-11-03T14:36:45 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kik_Latn"
] | [
0.9462,
0.0539,
0
] | Tariki 29 Nzeli ni umunsi wa 273 mu minsi igize umwaka, hasigaye iminsi 94 uyu mwaka ukagera ku musozo.
Uyu munsi Kiliziya Gatolika irizihiza mutagatifu Michel, Raphael na Gabrielle.
Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka
1717 : Umutingito ukaze wibasiye bikomeye igihugu cya Guatemala by’umwihariko Umujyi wa Antigua Guatemala, usenya bikomeye inyubako zo muri uyu mujyi byatumye abayobozi bafata icyemezo cyo kugenda bimura umurwa mukuru hirya no hino.
1911 : Igihugu cy’u Butaliyani cyatangaje ko kigiye kugaba ibitero ku bwami bwa Ottoman .
1916 : John D. Rockefeller yabaye umuherwe wa kabiri ku rutonde rw’abaherwe bo mu isi.
1971 : Igihugu cya Oman cyinjiye mu Muryango w’Ibihugu by’Abarabu(Arab League).
1979 : Papa Yohani Paul II yabaye Umushumba mukuru wa Kiliziya Gatolika wa mbere wakandagije ikirenge ku butaka bwa Ireland.
1991 : Mu gihugu cya Haiti habaye ihirikwa ry’ubutegetsi bikozwe n’ingabo.
Iyi coup d’Etat yabaye hahirikwa Perezida Jean-Bertrand Aristide wari umaze amezi umunani atorowe kuba umukuru w’iki gihugu, yari iyobowe na Generali Raoul Cédras, afatanyije Phillipe Biamby ndetse n’uwari umuyobozi wa Polisi y’igihugu Michel François.
2005 : Sena ya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yemeje ko John Roberts abaye Umuyobozi w’urukiko rw’Ikirenga rw’iki gihugu.
2006 : Indege ya Gol Transportes Aéreos Flight 1907 itwara abagenzi yatwaye indege Embraer Legacy y’ubucuruzi, izi ndege zasakiraniye ahitwa Peixoto de Azevedo, mu gihugu cya Brazil muri Mato Grosso, iyi mpanuka yahitanye abantu 154.
2007 : Calder Hall, niyo sitasiyo ya mbere y’ubucuruzi ikora ibijyanye no gutanga ingufu z’Amashanyarazi zituruka kuri nuclear (nuclear power station) yasandaye.
Bamwe mu bavutse uyu munsi
1943 : Mohammad Khatami, Perezida w’igihugu cya Iran.
1961 : Julia Gillard, Umunyapolitiki wo mu gihugu cya Australia, yabaye Minisitiri w’iki gihugu.
Bamwe mu batabarutse uyu munsi
2001 : Nguyễn Văn Thiệu, wabaye Perezida wa Vietnam y’Amajyepfo.
2006 : Michael A. Monsoor wari umusirikare w’inzobere wo mu mutwe wa SEAL, yiciwe mu gihugu cya Irak aza guhabwa umudari w’icyubahiro. | [
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | 52ae1b214e51ca1067a0e865cc6806fa | keep | [] | [
5,
7,
10,
9.5,
10,
9.4,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121013120808-crawl419/WIDE-20121013130952-01857.warc.gz | 821,262,508 | 8,897 | 36,016 | http://www.igihe.com//imyidagaduro/ibirori/?debut_gh_news=84 | text/html | 2012-10-13T14:18:58 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] | [
0.9308,
0.0692,
0
] | Nyuma y’ijoro rimwe amaze mu Rwanda, umuhanzi Dr Joze Chameleone yatangarije abanyamakuru ko yiteguye gushimisha Abanyarwanda mu gitaramo cyiswe...
Kuri uyu wa Gatatu mu Mujyi wa Liège mu Bubiligi barizizihiza bwa mbere isabukuru y’umukambwe Nelson Mandela, umunsi bise « Mandela Day »....
Umuhanzi w’Umugande Joseph Mayanja “Dr. Chameleon” biteganyijwe ko azasesekara mu Rwanda kuri uyu wa Gatatu Tariki 18 Nyakanga 2012 saa tanu n’igice...
Kuri uyu wa Gatandatu Tariki 14 Nyakanga 2012 hatowe abakobwa batatu bazaserukira Intara y’Amajyepfo mu irushanwa rya Nyampinga w’u Rwanda, rizwi...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 14 Nyakanga kuri Serena Hotel, hazabera igitaramo kizwi nka "Happy People" kuva Saa ine za nijoro(10PM) kugera...
Minisitiri w’umuco na Siporo, Mitali Protais, yatangaje ibisabwa ku mukobwa wifuza gutorerwa kuba nyampinga w’u Rwanda 2012. Yatangaje kandi uko...
Kuri uyu wa Gatanu Tariki 13 Nyakanga 2012 guhera saa kumi n’imwe z’umugoroba mu ihema ry’Igicumbi cy’umuco riherereye muri Stade Amahoro hazabera...
Abahanzi benshi bazaba bari muri iki gitaramo kizabera mu Ihema i Remera
Umuhanzi w’icyamamare muri Afurika no ku rwego mpuzamahanga Ismaël Lô niwe washoje iserukiramuco ry’imisi ibiri ry’umuziki ryaberaga I Kigali kuwa 07...
Mu rwego rwo kwizihiza isakubukuru y’imyaka 50 u Rwanda rubonye ubwigenge na 18 rwibohoye, tariki 14 Nyakanga mu Bubiligi hateguwe igitaramo bise...
Iserukiramuco ry’umuziki mu Rwanda Kigali Up Festival ntirikibereye mu busitani bwa Primature ku Kimihurura nk’uko byari biteganijwe, ahubwo... | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | 0c16f2d562f89d27f9f79597facf4a8c | keep | [] | [
5.3,
7.7,
10,
9.2,
9.4,
9.7,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121022025556-crawl410/WIDE-20121022025556-03003.warc.gz | 234,637,967 | 10,231 | 49,845 | http://umuseke.com/?p=7127 | text/html | 2012-10-22T03:12:15 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] | [
0.9881,
0.0119,
0
] | Uyu munya Qatar uyobora impuzamashyirahamwe y’umupira muri Aziya yeguye mu guhangana na Sepp Blatter ku mwanya wo kuyobora FIFA amasaha make mbere y’uko nawe abazwa n’akanama gashinzwe Discipline muri FIFA ku bijyanye na ruswa imuvugwaho. Aka kanama kakaba nyuma yo guterana kahise kanamuhagarika muri FIFA byagateganyo.
Ati ndashaka kwerekana ko nta cyaha mfite
Bin Hamman w’imyaka 62, akaba asigiye Sepp Blatter amahirwe menshi yo kongera kuyobora FIFA yayoboye kuva mu 1998, kuko niwe wenyine bahataniraga ubuyobozi bw’iri syirahamwe bivugwa ko rifite amafaranga atagira ingano.
Uyu mugabo yatangaje ati:”sinshaka gukomeza kwanduza izina rya FIFA ngendeye ku guhangana kw’abantu babiri gusa, ibiri kuba sinakomeza kubyihanganira mpisemo kwegura”
Nyuma yo kwegura mu masaha yo ku cyumweru mu gitondo, nimugoroba yabonanye na ka kanama k’imyitwarire muri FIFA, gahita kamuhagarika mu mirimo ye muri FIFA byagateganyo kubera ibyaha bya ruswa. Iperereza rirambuye rikaba rigiye gutangira, byamuhama akirukanwa burundu muri FIFA.
Uyu mugabo yashinjwaga ruswa yaba yaratanze ku bayoboye amashyirahamwe atandukanye ngo bazamutore muri aya matora ateganyijwe kuwa gatatu icyumweru gitaha, akaba atahagaritswe wenyine kuko na Jack Warner uyobora impuzamashyirahamwe y’umupira muri America ya ruguru nawe yahagaritswe.
Sepp Blatter nawe wabajijwe n’aka kanama we basanze ari umwere ndetse na Ricaldo Texeira uyobora ruhago muri Brazil ngo ntacyaha cya ruswa bamusanzeho nkuko bakimukekagaho.
Umuseke.com
ruswa ruswa……….!!!muri football ni indogano!haba mu makipe,administration!ngirango ni umuco?
iri shyirahamwe nta gihe ritavuzwemo ruswa haba mu mashyirahamwe y’ibihugu ndetse no kurwego rw’imigabane,none ndabona bigoye kuzabona usimbura bratel.
ahantu nko muri fifa hari akamiya gatubutse ntihabura ruswa,kuko buri wese aba ashaka kwigererayo neza. | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"cat_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | 1fface80f09266e728c5e74ab6325184 | keep | [] | [
8.1,
9.8,
10,
10,
10,
10,
10,
3,
0
] |
./WIDE-20121029092921-crawl410/WIDE-20121029092921-04124.warc.gz | 243,687,816 | 16,283 | 73,981 | http://umuseke.com/?p=45732 | text/html | 2012-10-29T09:46:40 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] | [
0.9145,
0.0855,
0
] | Kuri iki cyumweru zabaye inshuro ebyiri Rayon Sports itsindirwa mu rugo, nyuma yo kuhatsindirwa n’Amagaju ku munsi wa mbere wa shampionat, ubu yahasubiriwe na La Jeunesse igitego 1 – 0.
Ku munsi wa gatatu wa shampionat, Rayon Sports abafana ntabwo bari benshi cyane baje kuyishyigikira i Nyanza nko mu minsi ishize. Igice cya mbere cyaranzwe n’umukino udashimishije ku mpande zombie, cyarangiye ari 0 – 0.
Mu gice cya kabiri, Rayon Sports yagerageje gushaka igitego ariko biba iby’ubusa, abakinnyi ba La Jeunesse bagahagarara neza.
Mbere gato y’uko umukino urangira, Masudi Kaka wa La Jeunesse yibye umugono ba myugariro ba Rayon atsinda igitego mu izamu rya Nzarora Marcel umukino urangira utyo.
Uku gutsindwa gatatu kwikurikiranye kuri Rayon gukurikiye kwimuka kwayo isubira mu rugo i Nyanza, bamwe bemeza ko abakinnyi bataramenyera gutura i Nyanza, abandi bakavuga ko ari ukubura abakinnyi nka Hamiss Cedric, Etienne Karekezi na Sibomana Hussein, hakaba n’abavuga ko ari umutoza Ali Bizimungu wari wungirije umwaka ushize utabashije iyi kipe.
Ali Bizimungu, uvuye mu mahugurwa mu Ubudage, we yatangaje ko ntako atagize ngo atsinde uyu mukino ariko ikipe ye yabuze amahirwe kuko babonye uburyo bwinshi ntibuvemo umusaruro.
Ku mutoza wa La Jeunesse Godfroid Okoko we yatangaje ko ikipe afite ubu imaze gukomera kandi abasore be batangiye kumenye icyo gukora imbere y’amazamu yombi, yaba gutsinda no kugarira.
Indi mikino y’umunsi wa gatatu uko yagenze:
Kuwa gatandatu
SC Kiyovu 1-0 AS Kigali
APR 1-1 Police
Ku cyumweru
Mukura 1-0 Marines
Rayon Sports 0-1 La Jeunesse
Isonga 3-1 Amagaju
Etincelles 1-2 Espoir
Muhanga 0-2 Musanze
N IMIKINO AMANOTA
01 KIYOVU 3 9
02 APR FC 3 7
03 MUSANZE 3 7
04 AS KIGALI 3 6
05 ESPOIR FC 3 6
06 POLICE FC 3 5
07 LA JEUNESSE 3 5
08 ISONGA FC 3 4
09 MUKURA VS 3 4
10 AMAGAJU FC 3 3
11 ETINCELLES FC 3 1
12 AS MUHANGA 3 1
13 MARINES FC 3 0
14 RAYON SPORTS 3 0
UMUSEKE.COM
Oya uribeshya. Akarere ka Nyanza karafasha muri organisation y’abafana ba equipe ya rayon sport kandi birakenewe. Naho ubundi rayon sport irimo amafaranga menshi kuburyo ahubwo yaba umuterankunga w’Akarere. Keretse niba udakunda umupira, kuko niyo utaba umufana wa rayon washimishwa n’uko abatuma itinjiza amafaranga bakwigizwa ku ruhande kuko iyo rayon imeze nez na za APR FC nibwo zibona abantu ku kibuga. Kuki utibaza impamvu ubu izo kipe zisigaye zikina ukagirango hari igihano cy’uko bakina nta bafana bemerewe kwinjira ku kibuga. Iyo niyo myidagaduro wifuza. Menya ko mu misoro abaturage batanga Leta igomba gutangaho atuma abaturage bidagadura kuko biri mu bigize imibereho myiza y’abaturage. Kandi bikagira uruhare mu gusabanisha abaturage bikadufasha mu bumwe n’ubwiyunge. Amahoro.
ABAFANA BA RAYON SPORT TWIHANGANE TUZATSINDA IMIKINO ITAHA.
Bwana Mayor niba adashaka guta ibaba ndetse akaba yaterwa ikizere mu kazi, nashyire iby’umupira ku ruhande kuko n’ubundi hakina abahaze; ahubwo yite ku bibazo by’iterambere n’imibereho myiza y’abaturage, ayo mafaranga Akarere ka Nyanza yagombaba gutanga kuri Rayon, barebe ikindi bayakoresha(bayubakishe centre de sante cg ishuri). NtabWo buri munsi ikibazo cya Rayon aricyo kigomba kuvugwa mu nama y’akarere nkaho arizo nshingano z’akarere. Inzego za Leta ni zireke umupira w’umwuga bawuharire abikorera kuko bo baba banakora publicite y’amasosiyete yabo. Urugero nko kumva ngo Muhanga ifite abaturage benshi bakennye, kandi itanga amafaranga menshi mu ikipe ya Muhanga!!! Ubundi umupira ahandi ni uruganda rwinjiza amafaranga ariko mu Rwanda, amakipe wagira ngo ni ibigo byita kubasaza kuko; nibyo bikoresha inkunga gusa ntacyo byinjiza. Aya makipe aho kwinjiza amafaranga, bakoresha ahari bakayamara barangiza ngo nta mikoro.
jye mbona akarere karimejr ibintu kadashoboye kuko ntiwambwira ukuntu rayon itsindwa imikino itatu nta equipe nimwe ikomeye irimo mbona isigaye yarabaye icyambu amakipe yabuze amanota ashakiraho kubona itsindwa namagaju+lajeness ahubwo nta chapion yomurwanda ariko ni burayi haramakipe kandi ataturwaza umutima
sha njye nsanga mu nshingano z’akarere comme entité politique kwita ku ikipe ya foot ball bitari mu mihigo yabo. Muzambwire aho akarere kigeze gafata ikipe igatera imbere? IYI RERO NDASANGA ARIYO MPERUKA YA RAYON NK’UKO YIFUJWE N’ABATARISHIMIRAGA KO IDUHA IBIRORI. Ahasigaye rero duhindukirire Premier ship kuko naho haba BLUES …. FOOT ball yo mu Rwanda muyirekere amakipe yifuzwa kuko nta gatuza ko guhangana nabo.
nanjye ntyo muvandi umbaye kure mba ngukoze mu ntoki, reba aho bavuga ngo rayon Sport ni iya nyuma mwo kagira inka yigaju mwe
RAYON YAVUYE I KIGALI, IHAMAZE IMYAKA 26. UBWO RERO YASUBIYE AHO YARI YAVUYE, YIYEMEJE GUSUBIRA INYUMA HO IMYAKA 26. uburyo ikinamo bujyanye n’icyemezo yafashe cyo gusubira mu rugo aho yavukiye, kandi yari yarubatse urwayo i KIGALI.
Abavuze kuzana RAOUL SHUNGU ndabashyigikiye natebuke ayabakize ariko aavane ahabi. Nanone kandi Mayor nareke kugerereranya NYANZA na KIGALI, birahabanye pe? Ntabwo ari Madrid na BARCELONE,…. imijyi y’Iburaya yose iba yarateye imbere sinkahano iwacu, birimo biraz\a ariko bizafata igihe.
Rayon ntanarimwe izatera imbere igifite akajagari nka kariya,buri gihe iba ifite ibibazo bidashira,mala umutoza,amikoro,kubura abakinnyi nibindi nibindi igira nabakunzi bazi kuvuga ariko batagira icyo bayimariye.
wowese iy,ukunda uyifashiki?n.ubwo wakwibeshya ko yishoboye naza Man united zikenerabazifasha nkanswe wowe utaranareng,umutaru.
erega mubyukuri ntabakinnyi,ntamafranga kuvuga ngo ifite abafana ntacyo bayimariye ntaho bizayigeza .
Rayon ntanarimwe azatera imbere igifute akajagaari nka kariya,buri gihe iba ifite ibibazo bidashira,mala umutoza,amikoro,kubura abkinnyi nibindi nibindi igira nabakunzi bazi kuvuga ariko batagira icyo bayimariye.
Aba rayon mumbabarire cyane,kuko muminsi ishize nari navuze yuko mushobora kurangiza championnat muri hasi yumwanya wa 5, none mumaze nokuba abanyuma,ibi rwose sinshaka yuko byabaho…None lero kuva uyumunsi wa none nsabye Imana yuko yahagarika uko gutsindwa nkabadahari,maze ikabazamura,nubwo mushyushya abantu umutwe,kabisa mugeze naho umwanzi atabifuriza pe…Nizere yuko lero ubu mutazongera kuvuga ngo hari ubutsindisha wundi.
Abakinnyi banyu mwabafashe nkamatungô.UBuse koko mubaha zamucoko bari bamenyereye ?
Nimureke abana bisubirire mumugi icyo giturage mukirekere banyiracyo bakigumemo bonyine.
nonese amagaju yabony,intsinzi imbere ya Rayon n,uko baribavuye mumujyi.ubuse Musanze nib,uhazi barikumwanya wa gatatu n,uko umujyi wa Musaze arimwiza cyane nta Equipe itagiribibazo mube muretse gutwik,agasozi igihe cyiracyahari.
Hahahaha,abana bimusanze bamenyereye imvungure nimwumbati igeretse kubishyimbo rwose.Umwana wakuriye munyenzi yirira ubugali,isombe igeretse ikonono sinzi ikingurube,ihene, naza brochettes yajyaga ajugunyirwa nabasilimu bi Kigali,ubwose urabona bitari murizo conséquences zituma batsindwa ? Ubwo lero nabo nibicare batone bareke kurarikira ibitari ibyabo maze barebe neza niba bakwiye kwitwara giturage,maze bakabasha gukina neza. Naho ubundi nyarubwana zirabariye da.
nonese niba uz,inyanza har,umunyenyanza urusha kubahoneza cg nib,unatunz,ibyamirenge ugirango Leaverpool umwany,iriho n,impamvu z,uko ir,inyanza?
Rwose Rayon nubwo ntayikunda kuko ndi Umuyovu, ariko sinayifuriza kugera hariya kuko itari muri ruhago umupira wabiha. ikosa ryambere bakoze n’ugusubira i Nyanza, ntakindi bizeye usibye Akarere. Tuvugishije ukuri Akarere ntikashobora equipe nka Rayon Sport, gashobora kuyifasha aruko nayo yifashije, ubwo rero ababwirwa murumve, muve mumagambo mujye mubikorwa, ikigaragara nuko ikipe aho kugirango abenshi bayihe inkunga, ahubwo bayishakaho ko ariyo yabarangiriza ibibazo.Nukuri iyo ntekereje kukazoza ka Rayon mbona abayikunda bagomba guterana bakisuzuma neza, bakareba icyo gukora, kuko aho bipfira barahazi kuturusha twese. Kuzicaza abakinnyi i Nyanza birashaka kubyigana ubushishozi, naho ubundi barahabasiga bigarukire Kigali ikipe isenyuke kandi rwose byatuvangira twese Abanyarwanda, abakunda Rayon n’abatayikunda.
Rayon niyigarukire i kigali ntago igiturage igishoboye
Rayon ku mwanya wa nyuma koko!! Mufite ibihe bibazo ko mutsindwa cyane. Murebe ikitagenda mugikosore naho ubundi murababaza abafana banyu. Please do effort!!!
Aba Barayonsa murabarenganya. i Kigali bari bimenyereye life privacy umuntu yibera ukwe kandi akamenya ibimukwiye mu gihe runaka none murafata abantu b`abagabo mukabahuriza mu gihodi ubosehye abari mu ngando izamara ukwezi kumwe gusa ikarangira bakongera kwisanzura! Nimubahe uburenganzira nubwo baba i Nyanza mubahe amafaranga buri wese yicumbikire.
Bo ubwabo abazashima kwibanira ari babiri pour reduire le cout du logement bazabikora, ariko mubahe ubwisanzure nk`abantu bakuze! Ubwo se niba hari uwazaga mu kibuga yifitiye ka morale kubera hari inkumi imaze kumukorera ka massage, murabona hariya mu gihodi bizoroha??
Muzabaze abize i Save umutype witwaga Mushi (Basinyize Venuste) umwana w`umushi ukuntu abakobwa bamuhaga morale maze mu kibuga agakina mirongo cyenda yose agifite imbaraga nk`izo yatangiranye! Kubabona byonyine inyuma y`ikibuga bamushyigikiye byamuhaga morale noneho umukino waba urangiye bamwegera akarushaho kumva ari umukinnyi de taille, cg se yaba yaje mu kibuga hari inkumi bavuganye neza ati uze kureba uko ntera ruhago, ryabara uwariraye!
Uwampakanya yabaza uwitwa Rubango Jean Claude bakinnaga, cg undi wese wabaye i Save muri 90-92.
kalisa nibyo kabisa.abayobozi ba rayon bibagiwe ubwisanzure bwamuntu.ntabwo umukinyi wumwuga wamufata nkumunyeshuri uba mukigo. umukinyi afite ubuzima bwe bwite hanze yikibuga(private)butuma atanga umusaruro mukibuga.ubwo buzima butata igice kinini cyo mumutwe mugihe yitegura gukina. | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"por_Latn",
"zho_Hant",
"run_Latn",
"run_Latn",
"fra_Latn",
"kin_Latn",
"fra_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kam_Latn",
"bjn_Latn",
"kmb_Latn",
"gla_Latn",
"bjn_Latn",
"eng_Latn",
"fra_Latn",
"bjn_Latn",
"lim_Latn",
"run_Latn",
"glg_Latn",
"taq_Latn",
"ast_Latn",
"run_Latn",
"cat_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | fe4055e38783106aace5a29faf91addb | keep | [] | [
6.6,
6.4,
10,
10,
10,
10,
10,
8,
7.2
] |
./WIDE-20121017120356-crawl410/WIDE-20121017125600-02293.warc.gz | 551,307,442 | 10,384 | 49,373 | http://umuseke.com/?p=40958 | text/html | 2012-10-17T13:20:32 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"tat_Cyrl"
] | [
0.9783,
0.0218,
0
] | Ku itariki ya 27/07/2012 minisiteri ishinzwe ubuzima muri Uganda yamenyesheje umuryango mpuzamahanga w’ubuzima ko icyorezo cya Ebola cyateye muri icyo gihugu mu gice cy’uburangerazubu mu karere Kibaale.
Mu gufasha Uganda, OMS n’ikigo nyamerika gishinzwe gukumira indwara z’ibyorezo bagiye kohereza impuguke zigera kuri 800 mu karere ka Kibaale mu gufasha gusuzuma ,kwirinda ikwirakwizwa ry’iyo ndwara.
Kugeza ubu muri kariya gace hamaze kugaragara abarwayi 20 nkuko OMS ibivuga muribo 14 bakaba baritabye Imana .
Indwara ya Ebola ni indwara ikomeye cyane kandi yica. Igirwa n’abantu cyangwa ibisimba bimwe na bimwe nk’inkende cyangwa ingagi ari nabyo bavuga ko iturukaho iza mu bantu.
Ebola iterwa n’agakoko ko mu bwoko bwa Virus
ebola igira ibihe bimenyetso ?
ibi bimenyetso tumaze kuvuga haruguru bigaragara iyo indwara igitangira.
Mu gihe cya nyuma ebola igaragazwa :
Indwara ya Ebola se yaba ivurwa?
Kugeza ubu indwara ya Ebola nta muti igira. Nta muti wo kwica agakoko ka ebola ubaho. Kwa muganga icyo bakora ni ukukongerera amaraso kuko n’ubundi igitera Ebola kwica ni uko iba yamaze amaraso yose mu muntu.
Corneille K Ntihabose
UMUSEKE.COM
ese izi ndwara zituruka he??? Ibisimba byaragowe….igihe abanya africa babaniye nabyo,banasangira ubu nibwo bizanye izo ndwara?? Ese nta nama y’ibihugu yabereye muri America,bashinja america gukora SiDA muri laboratories zabo?? Nizi zose nibo bazizana ,Mana tabara Africa kbsa
IMANA IBANE NAMWE IBIHE BYOSE | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"hat_Latn",
"cat_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn"
] | allowed | 8245d6fe5392222b5924bc285c85985c | keep | [] | [
7.5,
9.2,
10,
10,
10,
10,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121116012556-crawl418/WIDE-20121116023242-05362.warc.gz | 8,493,113 | 12,496 | 43,597 | http://ijwiryarubanda.com/2012/04/twatoraguye-umuhutu-kanyarengwe-kandi-rnc-niyo-ihuje-abahutu-nabatutsi-baba-hanze-rudasingwa/ | text/html | 2012-11-16T02:33:29 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"bem_Latn"
] | [
0.7971,
0.2029,
0
] | Muri disikuru yari yateguye yasomeye imbere y’abari mu nama nsobanuramatwara ya FDU-Inkingi na RNC yabereye i Buruseli ku taliki ya 31/03/2012, Bwana Theogene Rudasingwa yakoresheje imvugo itarashimishije bamwe. Umwe mu bandikiye Radiyo Ijwi Rya Rubanda yashatse ko commentaire ye tuyitangaza. Aragira ati:
Dore uko mbibona:
Imvugo ya RNC ko ari bo bazanye opposition igaragara nk’ubwirasi ku bantu bamaze imyaka irenze 15 baharanira icyahindura ubutegetsi bw’iK igali. None se RNC yatangiye Ingabire atari mu Rwanda akaza no kuhafungirwa? Ingabire se ni RNC? None se RNC yaje Mushayidi adahora yumvikana ku maradiyo agaragaza ibinyuranye n’iby’abashinze RNC bemeye igihe kinini? Mushayidi se yaba yarinjiye muri RNC itaravuka?
Imvugo ngo RNC niyo yahuje abahutu n’abatutsi na yo ivugwa n’abakuru ba RNC igaragara nko gutinyuka ugakabya.
Uti kubera iki?
None se muri 2001 Igihango kivuka, abo bo muri RNC si bo bashyizeho imbaraga ngo bagisenye? Icyo gihe se Kajeguhakwa, Nation Imbaga ndetse na ARENA ntibahuriye Badhonef ari abahutu n’abatutsi bagashinga Igihango?
None se Ngarambe, Kamongi, Mushayidi, Karangwa, Ndahimana, Murwanashyaka, Kagiraneza, Alexis (Ejo Nzamera Nte) ntibahahuriye ari abahutu n’abatutsi bagashinga Igihango?
Ubu se ni nde wahakana ko n’ibivuka ubu ari uwo musingi bishingiraho? Ngarambe wo muri RNC ubu ngubu ayobewe abo bahuriye mu Budage koko?
Uretse n’ibyo, umuntu waba yarabaye i Buruseli kuva muri 2000 azi urwango rwari hagati y’abahutu n’abatutsi n’uburyo abanyapolitiki bagerageje kubegeranya kugeza n’ubu. N’ubwo FDU-Inkingi itarimo abatutsi benshi, ariko nta wakwibagirwa uburyo Madamu Ingabire yamaganaga bamwe muri iryo shyaka bahakanaga génocide yakorewe abatutsi bigatuma ndetse bamwe mu batutsi batungurwa n’uko ishyaka rikomoka kuri RDR ryayoborwa n’umuntu wemera ashinyitse génocide yakorewe abatutsi.
Ariko, abantu bo muri RNC bagomba kuba batanabanza kuraranganya amaso ngo barebe abo banabwira koko? Ubu ni bo bahuje abahutu n’abatutsi bari hanze? Ibyo ni nk’ibyo Kagame ahora avuga ko nta n’abatutsi bariho nta n’abahutu bariho mu Rwanda.
Ikindi cyambabaje ni ukumva Rudasingwa avuga ngo FPR yatoraguye Kanyarengwe? Akabivugira imbere y’imiryango y’abantu batabarika barimo na bene wabo wa Kanyarengwe ubwe. Niba se barajyanywe no kumutoragura, Kanyarengwe ko yemeye kunambana na bo akanagwa mu Rwanda, na we yaba yaribonaga nk’uwatoraguwe koko?
RNC igomba kuva kuri politiki ya FPR yo gufata abantu nka papier mouchoir ukoresha ukayijugunya. Igihe cy’abahutu cyangwa abatutsi b’ibikoresho cyararenze.
RNC igomba kumenya ko abanyarwanda abashinze RNC bazi i Rwanda mbere y’uko bahunga ubutegetsi bwa Kagame batandukanye n’abo basanze i Burayi, Amerika ndetse na Afrika; bazi ubwisanzure icyo ari cyo. Niba bibwira ko abahutu bo muri FDU-Inkingi ari ibikingirizo, abo bari kumwe muri RNC babizirikana! RNC na FPR ni mahwi kandi bararuhira ubusa abatokora ifuku, inkondo ni iya ya nkana. | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | fba8c15e9c13d11be17728848f01a59e | keep | [] | [
5.1,
6,
10,
9.9,
10,
10,
10,
4,
0
] |
./WIDE-20121016130334-crawl421/WIDE-20121016142444-02920.warc.gz | 211,421,802 | 4,389 | 12,643 | http://ferwafa.rw/categoryblog/2420-amavubi-u-20-yasezerewe-mu-marushanwa-nyafurika | text/html | 2012-10-16T14:39:22 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kik_Latn"
] | [
0.9964,
0.0036,
0
] | Amavubi U-20 yasezerewe mu marushanwa nyafurika
- Saturday, 11 August 2012
- Written by Webmaster
Ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 20 yatsinzwe na Mali ibitego 3-0 kuri uyu wa gatandatu maze ihita isezererwa mu rugamba rwo gushaka itike yo gukina imikino yanyuma y’igikombe cy'afurika izaba umwaka utaha muri Algeria.
Ibitego bitatu byatsinzwe mu gice cya kabiri nyuma y’amakosa y’abakinnyi binyuma maze Mali ihita ibone itike yo gukina imikino yanyuma y’amajonjora n’impamba y’ibitego 4-2 muri rusange.
Mali izahura na Zambia nayo yakatishije tike y’ijonjora rya gatatu nyuma yaho Lesotho ititabiriye umukino kubera ubushobozi bucye.
Ikipe y’igihugu Amavubi U-20 iragera mu Rwanda kuri uyu wa mbere mu gitondo. | [
"run_Latn",
"eng_Latn",
"eng_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | 8743c02a7a286406a143ce450881c1b7 | keep | [] | [
7.4,
10,
10,
9.8,
9.6,
9.7,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121016130334-crawl421/WIDE-20121016142444-02920.warc.gz | 410,252,979 | 4,743 | 13,564 | http://ferwafa.rw/competitions/amakuru/2333-police-apr-na-rayon-sports-zatahanye-itsinzi- | text/html | 2012-10-16T15:01:12 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kik_Latn"
] | [
0.9966,
0.0034,
0
] | Police, APR na Rayon Sports zatahanye itsinzi
- Thursday, 21 June 2012
- Written by Webmaster
Amakipe atatu: APR, Police na Rayon Sport ahabwa amahirwe yo kwegukana igikombe cy’Amahoro cy’uyu mwaka yabonye instinzi mu mikino ibanza ya 1/4 yakinwe yabaye kuri uyu wa kane.
Police yihanangirije ikipe ya Marines iyitsinda ibitego 5-1 kuri sitade ya Rubavu. Meddie Kagere yatsinze ibitego bitatu wenyine hanyuma Erivaldo na Jacques Tuyisenge nabo batsinda ibindi bisigaye.
Amiri Bitenderi niwe washoboye kubona igitego kimwe rukumbi cya Marines.
Kuri Sitade Amahoro, APR yatsinze SEC academy ibitego 3-1. Faty Papy yatsinze bibiri naho St. Lionnel Preux atsinda ikindi gitego bityo byuzura bitatu.
Isonga Isaace yatsinze igitego rukumbi cya SEC.
Ku mukino wakurikiyeho wahuje SC Kiyovu na Rayon Sport byarangiye ikipe ya Rayon Sport itsinze mucyeba igitego 1-0 gitsinzwe na Fuadi Ndayisenga.
Undi mukino wabaye kuri uyu wa gatatu ubwo Mukura yanganyije na AS Kigali iwayo kuri sitade ya Kamena.
Imikino yo kwishura irakinwa kuri uyu wa gatandatu no ku cyumweru.
Uko amakipe yatsindanye mu mikino ibanza ya 1/4 kirangiza
Kuwa gatatu
Mukura VS 0-0 AS Kigali
Kuwa kane
APR FC 3-1 SEC
Marines FC 1-5 Police FC
Kiyovu Sports 0-1 Rayon Sports | [
"run_Latn",
"eng_Latn",
"eng_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"swh_Latn",
"swh_Latn",
"vec_Latn",
"eng_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | ea0a65662d77381218d85a571b4ab75c | keep | [] | [
6.7,
8.6,
10,
10,
10,
9.8,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121026071218-crawl338/WIDE-20121026080224-04735.warc.gz | 655,350,787 | 7,672 | 22,636 | http://xaiax.com/uruzinduko-rwa-col-karegeya-mu-bwongereza-ruhangayikishije-kagame-2/ | text/html | 2012-10-26T08:58:53 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] | [
0.9762,
0.0238,
0
] | Uruzinduko rwa Col Karegeya mu Bwongereza ruhangayikishije Kagame
Patrick Karegeya arashishikariza abanyarwanda kwigobotora Kagame.
Uruzinduko rwa Col Karegeya mu Bwongereza ni kimwe mu bimenyetso bigaragaza ko amahanga arambiwe ikinyoma cya Leta ya Kagame
Mu minsi ishize, umwe mu bayobozi bari inkoramutima za Perezida Kagame akaba yaranabaye maneko we mukuru igihe kinini Col Patrick Karegeya agiriye uruzinduko mu gihugu cy’Ubwongereza kivugwa ko ari inshuti-magara y’u Rwanda.
Uruzinduko rwa Col Karegeya mu bwongereza rukaba rwaravugishije amangambure bagenzi be b’i Kigali kugeza aho umuvugizi wa gisirikare abivugana agahinda kuri radio BBC Gahuzamiryango.
Abakurikiranira hafi ibya politiki basanga uruzinduko rwa Karegeya mu Bwongereza ari kimwe mu bimenyetso bigaragaza ko amahanga agenda atahura ko bya birego Leta y’i Kigali igenda ishyira ku batavuga rumwe nayo baba abayihunze cyangwa abakiri mu gihungu ko ari ibinyoma.bill clinton cancer
Twabibutsa ko nyuma y’ihunga rya Gen Kayumba muri Afurika y’epfo Leta ya Kagame yahise itangaza ko Gen Kayumba na Col Karegeya aribo bari inyuma y’abatera ibisasu kandi isaba Leta y’Afurika y’epfo cyangwa amahanga kwihutira guta muri yombi abo bagabo babiri kubera gukora ibikorwa byitera bwoba.
Amakuru atugeraho akaba avuga ko kugeza ubu yaba leta y’Afurika y’epfo cyangwa Ubwongereza batigeze baha agaciro ibyo birego mu gihe ubundi ibyo bihugu biza ku isonga mu guhana icyaha cyitera bwoba “terrorism”.
Iki kikaba ari ikimenyetso gikomeye gishimangira ko ibihugu bimaze gutahura ko ibirego Leta ya Kagame irega abatavuga rumwe nayo ari ibihimbano, bigamije kubirenza ikoresheje iyo nzira yo kubashinja iterabwoba.0rwanda independence
Hagati aho abasivili bakomeje guhitanwa n’ibisasu bigamije gushaka ibimenyetso bishinja abatavuga rumwe na Kagame iterabwoba.
Umwe mu bahanga twaganiriye yaduhaye urugero rw’ukuntu ibisasu bikimara guhitana abantu muri Uganda, Leta ya Obama yahise ibyamagana n’andi mahanga menshi yoherereza Perezida Museveni hamwe n’abaturage b’igihugu cya Uganda ubutumwa bw’akababaro, ndetse bahita bohereza urwego rukuru rwa maneko muri Amerika FBI gufasha inzego z’umutekano za Uganda muri iryo perereza.
Mu Rwanda ho siko bimeze kuko kugeza magingo aya, ibihugu by’amahanga ntibirashyira ahagaragara igitekerezo cyabyo, cyangwa se ngo ahaguruke arwanye ku mugaragaro kiriya gikorwa gikomeje guhitana inzirakarengane bisobanura ko nabyo bishobora kuba bimaze kubona ukuri ku muntu uri inyuma y’iyicwa ry’inzirakarengane mu izina ryo gushinja iterabwoba abatavuga rumwe na Leta ya Kagame.
Kuba kugeza ubu leta ya FPR irega buri muhisi n’umugenzi gutera ibisasu ikaba ishingira gusa kubatavuga rumwe n’ubutegetsi bwayo, ni ikimenyetso kigaragaza ko ibyo bisasu bishakisha abantu bamwe kandi ugasanga na Leta y’i Kigali ibikorana ubwoba bwinshi ku buryo imaze kugeraho ibeshya abantu umubare w’abantu bahitanywe n’ibisasu ikawugira muto mu gihe itangazamakuru cyangwa abaturage baba bazi ukuri kw’abantu babo bakomeretse cyangwa bahitanywe n’ibyo bisasu.radio rwanda orinfor
Twabibutsa ko imiryango y’abatavuga rumwe na Leta ya Kagame nk’uko twabitangaje mu makuru yacu ashyushye ubu nayo yatangiye kwibasirwa mu Rwanda hitwajwe ubufatanya cyaha mu gutera ibisasu. Umwe uherutse gufungwa akaba ari murumuna wa Gen Kayumba, Lt Col Rugigana Ngabo yafashwe kuwa gatanu ku itariki ya 20 Kanama 2010. | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | 55b93c00cd056f0fb5a4b1c1e3ff61f5 | keep | [] | [
8.1,
9.4,
10,
10,
10,
10,
10,
6,
0
] |
./WIDE-20121026201249-crawl420/WIDE-20121027080406-03937.warc.gz | 365,539,506 | 11,217 | 42,114 | http://www.radio10.rw/?p=2225 | text/html | 2012-10-27T08:28:04 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] | [
0.9268,
0.0732,
0
] | Rulindo – Abagera kuri 80 bararwaye bazira kunywa ikigage
By Patrick Muneza - Thu Mar 29, 11:27 am
Ku cyumweru tariki ya 25 Werurwe 2012, mu murenge wa Tumba, akarere ka Rulindo bamwe mu baturage ubu barwariye mu bitaro, ku kigo nderabuzima cya Tumba nyuma yo kunywa ku kigage bishoboka ko cyari gihumanye. Abagera kuri 80 nibo bageze ku kigo nderabuzima cya Tumba bagiye kwivuza kubera ingaruka zikigage. Ibi bibaye mu gihe hari hashize gusa ibyumweru bigera kuri bibiri na none muri uyu murenge, mu Mudugudu wa Rukore, mu kagari ka Birori, umwana w’imyaka ine y’amavuko yishwe n’ikigage gihumanye, abandi 19 nabo bakinyoyeho bakaba barazahajwe nacyo aho bafashwe n’indwara zo gucibwamo no gutumba inda.
Benoit, umwe mu baturage bo muri uyu murenge wa Tumba yemeza ko nawe wanyoye kuri iki kigage avuga abantu bose bakinyoyeho byageze nimugoroba batangiye kuremba. Ati “Njyewe nakinyoyeho, ikibazo nsigaranye ni icyo mu nda gusa. Mu bitaro nagiyemo banshyiramo serumu eshatu nzimaze banyohereza mu rugo”.
Hagati aho ariko Bizimungu Aloys, umunyamabanga nshingwabikorwa wumurenge wa Tumba yemeza ko ingamba zahise zifatwa. Ati ” Kuva tariki ya 26 hafashwe icyemezo cyo kutongera gucuruza inzoga zidapfundikiye zirimo ikigage, imisururu ndetse n’imitobe. Ubu amatangazo abihagarika amanitse mu tugari twose. Kuri ubu harimo kwigwa igihe iki cyemezo kizamara gishyirwa mu bikorwa”.
Uyu muyobozi akomeza avuga ko kuri ubu mu bitaro hasigayemo abarwayi bagera kuri batandatu gusa kandi nabo bakaba barimo koroherwa. Si muri uyu murege wa Tumba gusa hagaragaye abaturage kuko no mu mudugudu wa Murambi, mu kagari ka Ramba mu murenge wa Mamba mu karere ka Gisagara mu mpera zukwezi kwa 12 umwaka ushize, abaturage 150 bajyanywe igitaraganya kwa muganga nyuma yo kunywa ikigage gihumanye mu bukwe.
Ferdinand Uwimana | [
"run_Latn",
"gla_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn"
] | allowed | dbaddc22b69252d7f762c0b84e46d8cb | keep | [] | [
5,
6,
10,
10,
10,
9.9,
10,
2,
0
] |
./WIDE-20121026201249-crawl420/WIDE-20121027080406-03937.warc.gz | 692,194,140 | 11,042 | 42,091 | http://www.radio10.rw/?p=2819 | text/html | 2012-10-27T08:51:46 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] | [
0.9908,
0.0093,
0
] | BBC Gahuzamiryango yarangije ibiganiro yakoreraga mu karere
By Patrick Muneza - Tue Jul 03, 10:07 am
Mu rwego rwo kwizihiza imyaka 50 y’ubwigenge bw’uBurundi n’uRwanda, Radio BBC, igice cy’ayo gitangaza amakuru mu Kirundi no mu Kinyarwanda cyakoreye ibiganiro bitandukanye bigaragaza intwambwe ibi bihugu byagezeho mumyaka 50 bimaze byigenga.
Ibi biganiro bikaba byaratangiriye iBurundi bikomereza mu Rwanda aho ibi biganiro byakorwaga kubufatanye na Radio10. Ibiganiro byambere byakorewe muntara y’amajyepfo mukarere ka Huye imbere ya Kaminuza y’uRwanda. Ibi biganiro byaberaga mumodoka byibanze ku bumwe n’ubwiyunge bw’abanyarwanda, ibindi biganiro byakurikiyeho byabereye muri studio ya BBC taliki 29 Kamena aho byibanze kumateka ya mbere y’ubukoloni na Nyuma y’ubukoloni mu Rwanda.
Taliki 30 ibiganiro byakomereje muri Studio ya Radio10 i Kigali ahavuzwe ibijyanye n’ubukungu nyuma y’ubwigenge, naho umunsi wanyuma w’ibiganiro bya Radio BBC Gahuzamiryango na Radio 10 wabaye taliki ya 1 Nyakanga 2012 ahagarutswe kubirebana n’umunsi nyirizina n’ubwigenge bw’URwanda ndetse n’uw’uBurundi wagombagakwizihizwa taliki 2 Nyakanga2012.
Mubanyamakuru bari bitabiriye icyo gikorwa harimo Felin Gakwaya, Ally Yussouf Mugenzi, Kassim Kayira na Florentine Kwizera ba BBC Gahuzamiryango, Ibrahima Diané na Concoubo ba BBC Afrique, Erick David Nampesya wa BBC Dares alam n’abandi naho Radio10 ikaba yarihagarariwe na Patrick Muneza.
Radio10 | [
"run_Latn",
"zho_Hant",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"eng_Latn"
] | allowed | 79599af95c6c46ff9fe787ab96b261b7 | keep | [] | [
5.2,
6.6,
10,
10,
9.8,
9.6,
10,
2,
0
] |
./WIDE-20121026201249-crawl420/WIDE-20121027080406-03937.warc.gz | 697,581,255 | 11,142 | 42,369 | http://www.radio10.rw/?p=3287 | text/html | 2012-10-27T08:52:10 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] | [
0.9197,
0.0803,
0
] | Abanyamakuru barahamagarirwa kwimakaza ubumwe n’ubwiyunge mu banyarwanda
By Patrick Muneza - Thu Sep 06, 3:42 pm
Ubutumwa buhamagarira abanyamakuru kurushaho gufasha komisiyo y’ubumwe n’ubwiyunge kwimakaza ubumwe n’ubwiyunge bwatanzwe kuri uyu wa gatatu n’ubuyobozi bwa komisiyo y’ubumwe n’ubwiyunge mu kiganiro bwagiranye nabo.
Ibi abayobozi ba komisiyo y’ubumwe n’ubwiyunge babisabye abanyamakuru mu kiganiro bagiranye kuri uyu wa gatatu,ikiganiro kikaba kibaye nyuma y’aho komisiyo iboneye ko hari inkuru zisigaye zitangazwa zidatanga umusanzu mu nzira y’ubumwe n’ubwiyunge nk’uko abayobozi b’iyo komisiyo babitangaza.
Umunyamabanga nshingwabikorwa wa komisiyo y’igihugu y’ubumwe n’ubwiyunge,Jean Baptiste HABYARIMANA akaba yatangaje ko hari ibibazo by’ubwumvikane buke byagaragaye muri iyi minsi mu nzego zitandukanye ariko ko bidakwiye kuba intandaro yo gutuma abanyarwanda barangara bagateshuka ku ntego bihaye yo kunga ubumwe,bagasenyera umugozi umwe.Habyarimana akomeza avuga ko uretse n’ibyo bibazo bigaragara mu nzego zitandukanye mu Rwanda n’ibibera mu karere URwanda ruherereyemo nko muri Congo n’ahandi bidakwiye kuba impamvu yo kurangara ngo be gukomeza inzira bahisemo.
Nubwo intego nyamukuru y’ikiganiro yari ugusaba abanyamakuru gutangaza amakuru yimakaza ubumwe n’ubwiyunge,byabaye ngombwa ko abanyamakuru bibanda ku kibazo cy’ubwumvikane buke bukomeza kurangwa mu itorero rya ADEPR ndetse n’idini ya Islamu mu Rwanda,kuri iki kibazo abayobozi ba komisiyo y’igihugu y’ubumwe n’ubwiyunge bakaba baravuze ko abayobozi bakwiye kuzirikana ko kwitwa abayobozi bivuze gukemura ikibazo aho kigaragaye,bitaba ibyo abayobozi ngo bakaba bagomba kugira izindi nzego biyambaza mu gihe basanga bibarenze.
Muri rusange uko ubumwe n’ubwiyunge buhagaze mu muryango nyarwanda,ngo si nabi ndetse ngo ntabwo utubazo tugaragara muri zimwe mu nzego dukwiye gufatwa nk’aho byacitse,komisiyo y’ubumwe n’ubwiyunge ikaba ngo itazahwema gukangurira abanyarwanda gushimangira ubumwe n’ubwiyunge.
Florent NDUTIYE | [
"run_Latn",
"eng_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"eus_Latn"
] | allowed | d403805f85841a7274168b81886b2393 | keep | [] | [
5.4,
7,
10,
10,
9.2,
10,
10,
3,
0
] |
./WIDE-20121105024809-crawl417/WIDE-20121105031723-04553.warc.gz | 289,607,671 | 7,405 | 29,986 | http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1209300137 | text/html | 2012-11-05T03:31:42 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"swh_Latn"
] | [
0.9603,
0.0396,
0
] | Harabura amasaha make ngo Mani Martin ataramire abakunzi b'umuziki we
Kuri iki cyumweru kuva ku isaha ya saa moya z’umugoroba nibwo umuhanzi Mani Martin aza gutaramira abakunzi be mu gitaramo cyonkumurika alubumu ze ebyiri Intero y’amahoro na My Destiny.
Ni mu gitaramo kibera muri Kigali Serena Hotel kuva ku isaha ya saa kumi n’ebyili z’umugoroba, aho abahanzi bose baza gucuranga Live.
Mu bahanzi bateganyijwe kuririmba muri iki gitaramo harimo, Kitoko, King James, Miss Shanel, Patrick Nyamitali, Bruce Melody na Daniel Ngarukiye.
Nk’uko bitangzwa na Mani Martin, Ngo kuri uyu mugoroba araza kwereka abakunzi b’umuziki we umwihariko mu buhanzi bwe.
Kwinjira muri iki gitaramo araba ari amafaranga 5000 na 10000 kuri buri muntu.
Umuntu uza kugura itike y’amafaranga 10000 muri iki gitaramo, araza guhabwa CD ya Album My Destiny ya Mani Martin, Album iriho indirimbo nka My Destiny, Urwagasabo n’izindi.
Abahanzi bose bararirimba Live muri iki gitaramo.
Jean Paul IBAMBE | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sag_Latn"
] | allowed | 0fbf62960c26ddff5401ceb35eb4fa66 | keep | [] | [
6.4,
8.1,
10,
10,
10,
9.9,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121105011538-crawl417/WIDE-20121105023335-04547.warc.gz | 19,188,339 | 7,597 | 30,989 | http://www.inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1210030748 | text/html | 2012-11-05T02:35:48 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] | [
0.9767,
0.0233,
0
] | Ikigo Football for Hope Center cyafunguwe ku mugaragaro na Minisitiri Mitali Protais
Minisitiri w’umuco na Siporo, Protais Mitali afatanyije na Ambasaderi w’Ubudage mu Rwanda, bafunguye ku mugaragaro ikigo Football for Hope Center cyubatswe Kimisagara ku nkunga y’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi FIFA.
Minisitiri w'umuco Protais Mitali afatanyije na Ambasaderi w’Ubudage mu Rwanda nibo batashye ku mugaragaro iki kigo
Ni umuhango wari witabiriwe n’abantu benshi baturutse ahantu hatandukanye barimo umuyobozi w’umupira w’amaguru mu Rwanda, intumwa nyinshi zaturutse muri FIFA n’abandi.
Iki kigo kigizwe n’inyubako hamwe n’ikibuga cy’umupira w’amaguru kizafasha urubyiruko mu buzima busanzwe ariko kibinyujije mu mupira w’amaguru nk’uko byatangajwe n’umuyobozi wacyo Donatien Nsengimana.
Mu ijambo Minisitiri w’umuco na siporo, Protais Mitali yavugiye muri uyu muhango wo gufungura iki kigo, yashimiye abantu bose bagize uruhare mu iyubakwa ry’iki kigo.
Yakomeje akangurira urubyiruko gukoresha aya mahirwe yo kubona iki kigo bavamo abakinnyi bakomeye kuburyo Urwanda ruza mu myanya ya mbere mu karere.
Iki kigo kije kunganira AJSK isanzwe ifite n’ikipe y’umupira w’amaguru ikina mu cyiciro cya kabiri Esperance.
Football for Hope Center izajya yakira abana bari byiciro bitandukanye hagati y’imyaka umunani na makumyabiri ariko kibaha ubufasha no mu buzima busanzwe.
U Rwanda ni kimwe mu bihugu byagize amahirwe yo kubakwamo ikigo nk’iki kuko nyuma y’igikombe cy’isi FIFA yemeye kubaka ibigo 20 gusa muri Afurika. Aya mahirwe rukaba rugomba kuyakoresha ruzamura abakinnyi bakomeye bazaruhagararira mu myaka iri imbere.
Protais Mitali ageza ijambo ku bari aho
Rutaganda Ponny. | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"scn_Latn"
] | allowed | 3d8b8f3064472d02a22ac35594aee175 | keep | [] | [
6.6,
8.8,
10,
10,
9.4,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121206033856-crawl410/WIDE-20121206054523-06144.warc.gz | 205,979,843 | 17,952 | 74,176 | http://www.therwandan.com/ki/2012/10/05/ | text/html | 2012-12-06T06:20:28 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] | [
0.9392,
0.0608,
0
] | Daily Archives: 05/10/2012 23:19
PREZIDA KAGAME ARADUSABA NGO TUMUREKE YEGURE
Netters,
Discours ya prezida Kagame yavugiye ejo mu nteko itangiza umwaka w’ubucamanza umuntu yayibazaho ibibazo byinshi ndetse akanaba yakwibaza niba nta kindi kibazo gikomeye kihishe inyuma y’ayo magambo prezida Kagame yavugiye mu nteko.
“Niba nibeshya ntavugira abanyarwanda bazansabe kureka kubayobora, kandi uwo munsi nzabireka…”
Madame Victoire Ingabire akomeje kugaraguzwa agati
Kimihurura – Victoire Ingabire n’abamwunganira bari bitabiriye isomwa ry’imyanzuro ku ngingo zihana ingengabitekerezo ya Genoside yari yasabye ko zavanwaho kuko ngo zinyuranyije n’Itegeko Nshinga, iri somwa ntiryabaye kuko umwe mu bacamanza icyenda bayoboye uru rubanza ngo ari mu butumwa hanze y’igihugu. | [
"eng_Latn",
"run_Latn",
"eng_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | 95d552f627c91100ccbc518434e8a3c2 | keep | [] | [
6.4,
8.7,
10,
10,
9.2,
9.9,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121004110040-crawl335/WIDE-20121004113941-01349.warc.gz | 924,749 | 12,231 | 52,003 | http://ruhagoyacu.com/spip.php?article4594 | text/html | 2012-10-04T11:39:43 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] | [
0.9956,
0.0045,
0
] | Umukinnyi Salomon Nirisarike ukinira ikipe ya Antwerp yo mu gihugu cy’Ububirigi ntakigaragaye ku mukino ikipe y’abatarengeje imyaka 20 izakina na Mali nyuma y’uko ikipe ye yanze kumurekura.
Amakuru agera kuri Ruhagoyacu akaba avuga ko haba hari abantu bamwe mu Rwanda baba babujije uyu mukinnyi kuza gukinira ikipe y’igihugu kugirango abe yabasha gufatisha umwanya uhoraho mu ikipe ya Antwerp.
Ibi ngo bikaba bivugwa ko byakozwe n’abantu bafite inyungu muri Transfert ye, bityo ngo ubwo yaba akomeje kwitwara neza muri iriya kipe na bo babe bashobora kugira agatubutse bashobora gukuramo.
Ubwo umutoza Richard Tardy utoza ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 20 yaganiraga na Radio 10 kuri iki cyumweru, yatangaje ko aya makuru yo kutaza kwa Salomon yayabwiwe nawe ariko bikaba byamutunguye bitewe n’ibyo yari amaze imsni avugana n’ikipe ye.
“Yaba ejobundi hashize ndetse n’ejo umutoza we yambwiraga ko ibintu bimeze neza, gusa uyu munsi byahise bihinduka ku munota wa nyuma”. “Biratangaje kumva ko umukinnyi ataza gukinira ikipe y’igihugu kubera umukino wa gicuti, birashoboka ko ari umubano wacu n’ikipe utameze neza”. Tardy abwira Radio 10.
Tardy ariko yirinze kugira icyo avuga kubivugwa ko haba hari abantu bihishe inyuma yo kutaza k’uyu mukinnyi wakiniraga ikipe ya Sec mu Rwanda mbere yo kujya I burayi, gusa akomeza avuga ko kuri we nk’umutoza yamwifuzaga ariko akaba ntakindi yabikoraho mu bushobozi bwe.
Ikipe ya Antwerp ifite umukino wa gicuti tariki ya 11/08/2012 ubwo n’Amavubi y’abatarengeje imyaka 20 azaba ahatana na twa kagoma duto twa Mali, bikaba bivugwa ko uwo mukino ari wo watumye Salomon ataza.
Nirisarike Salomon nyuma yo kwigaragaza no mu ikipe nkuru yari umwe mu bakinnyi umutoza Richard Tardy yari ategerejeho ubufasha mu gihugu cya Mali nk’uko yakomeje kubyitangariza, dore ko myugariro w’undi Usengimana Faustin na we atazagaragara kubera imvune.
RuhagoYacu iracyabakurikiranira ibindi bijyanye n’iyi nkuru. | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | e816eb7cf8a2a352490b4f55b770ef60 | keep | [] | [
6.1,
7.6,
10,
10,
9.8,
10,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121004110040-crawl335/WIDE-20121004113941-01349.warc.gz | 18,032,831 | 10,969 | 48,576 | http://ruhagoyacu.com/spip.php?article4415 | text/html | 2012-10-04T11:40:23 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] | [
0.9932,
0.0067,
0
] | Kuri iki cyumweru tariki ya 8/7/2012 , ikipe y’Amavubi y’abatarengeje imyaka 20 izakina umukino wa gishuti na Etincelles FC kuri stade Umuganda.
Uyu mukino uri mu rwego rwo kwipima aho ikipe y’Amavubi ifite umukino na Mali mu gushakisha itike y’igikombe cy’Afurika ku bakinnyi bari munsi y’imyaka 20.
Iyi kipe imaze iminsi iri mu mwiherero i Rubavu mu gihe kuruhande rwa Etincelles FC ho nabo bahagaze neza nkuko umutoza Mohamed Kakooza yabitangaje kabone nubwo nta myitozo ihagije bafite.
Abakinnyi bahamagawe mu Amavubi U20 :
1. KWIZERA Olivier
2. NTALIBI Steven
3. NZARORA Marcel
4. UMWUNGERI Patrick
5. TURATSINZE Heritier
6. BARIYANGA Hamdan
7. RUSHESHANGOGA Michel
8 RUSINGIZANDEKWE Jean Marie
9. BAYISENGE Emery
10. USENGIMANA Faustin
11. HAKIZIMANA Francois
12. NSABIMANA Eric
13. UWIMANA Jean d’Amour
14. NDATIMANA Robert
15. NTAMUHANGA Tumaine
16. KABANDA Bonfils
17. MBONYE BAYINGANA Bonny
18. NSHIMIYIMANA Imran
19. TIBINGANA Charles Mwesigye
20. RUHINDA Farouk Saifi
21. ATUHEIRE Kipson
22. SEBANANI Emmanuel
23. SIBOMANA Patrick
24. NDAYISABA Hamidu
25. MICO Justin | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"zho_Hans",
"ltz_Latn",
"azb_Arab",
"run_Latn",
"zsm_Latn",
"ltz_Latn",
"ltz_Latn",
"lug_Latn",
"run_Latn",
"ind_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"lug_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn",
"kik_Latn",
"kik_Latn",
"swh_Latn",
"lin_Latn",
"bam_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | 38d7c276d2615b81fa1475d9725dd22b | keep | [] | [
6.1,
9,
10,
9.6,
10,
8.8,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121004110040-crawl335/WIDE-20121004113941-01349.warc.gz | 825,937,191 | 11,426 | 53,740 | http://ruhagoyacu.com/spip.php?article4799 | text/html | 2012-10-04T12:00:16 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] | [
0.9862,
0.0138,
0
] | Nyuma yo gusura ikibuga cya Arsenal twasuye ni bindi bubuga by’amakipe atandukanye hano mu Bwongereza cyane cyane amakipe yo mujyi wa London mbere yuko tujya no hanze y’uyu mujyi.
Nyuma ya Arsenal reka dukomereze ku ikipe ya Wesr Ham United kuko twasanze ari ikipe ikunzwe cyane mu mujyi London, Abongereza barayikunda cyane kuko yanyuzemo abakinnyi benshi bagiye bazamuka mu mupira w’amaguru. Ukigera mu marembo ya Stade ya West Ham United wakirwa n’ijambo ngo The Academy of Football.
Iruhande ibumoso hari iduka ricururizwamo ibikoresho bitandukanye byanditseho West Ham United. Naho ntitwabashije kubona uburyo twinjira muri Stade mu kibuga kuko West Ham United yari yaje kuhakorera imyitozo ndetse mu ijoro hari bubereye umukino urimo uhuza abakinnyi bari munsi y’imyaka 21 Shampiyona yabo ikomeye kandi yitabirwa cyane.
Dore amwe mu mafoto | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn"
] | allowed | 27b38a2382228a53834a086d7b652e61 | keep | [] | [
8.2,
10,
10,
10,
10,
10,
10,
2,
0
] |
./WIDE-20121021201951-crawl410/WIDE-20121021203627-02951.warc.gz | 10,569,124 | 9,800 | 47,778 | http://umuseke.com/?p=9412 | text/html | 2012-10-21T20:36:55 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kik_Latn"
] | [
0.9697,
0.0303,
0
] | Kuri uyu wa kabiri tariki ya 28 Kamena 2011 mu masaha y’umugoroba nibwo akanama k’ubutegetsi k’ikigega cy’imari k’isi katoye madame Christine Lagarde w’imyaka 55 kuba umuyobozi mushya w’iki kigega (FMI).
Christine Lagarde abaye umugore wa mbere uyoboye iki kigega k’imari cy’isi. Aje akurikira abagabo icumi bari bamaze kuyobora iki kigega.
Christine Lagarde wari ministre w’imari mu gihugu cy’ubufaransa asimbuye umufaransa mugenzi we wari umuyobozi wa FMI, Dominique Strauss-Kahn nyuma y’aho yeguriye kuri uyu mwanya mu kwezi kwa gatanu kubera gushinjwa icyaha cyo gusambanya umugore wakoraga muri Hotel yo muri Leta zunze ubumwe za Amerika. Uyu mugabo akaba yari yatorewe kuyobora iki kigega mu mwaka wa 2007.
Uku gutoranya Christine Lagarde kuri uyu mwanya kuje nyuma y’aho yari ashyigikiwe bidasubirwaho n’Uburayi ndetse n’ibihugu nk’Ubushinwa, Uburusiya na Bresil. Kuri ibi hiyongeraho Leta zunze ubumwe za Amerika (USA) nazo zagaragaje ko zimuri inyuma bidasubirwaho kuri uyu wa kabiri tariki ya 28 Kamena 2011 mbere y’uko atorwa. Ibi bihugu bikaba bisa nk’aho aribyo bifite mu minwe iki kigega k’imari cy’isi.
Kuri uyu mwanya, Christine Lagarde yari ahanganye gusa na Agustin Carstens, w’imyaka 53, gouverneur wa banki nkuru y’igihugu cya Mexique.
Yaba Christine Lagarde na Agustin Carstens, bombi bakaba barabanje kwiyamamaza hirya no hino mu bice by’isi, mbere y’uko bagaragariza akanama k’ubutegetsi ka FMI ubushobozi bwabo mu kuyobora iki kigega cy’imari.
Nyuma yo gutorwa Christine Lagarde ntiyatinze kugira icyo atangariza isi. Ku rubuga rwa interineti Twitter yagize ati : ‘Nshuti, ni ikuzo n’ibyishimo byo gutangaza ko akanama k’ubutegetsi ka FMI kamaze kungira umuyobozi mukuru.’
Kuri ubu, iki kigega cyayoborwaga mu buryo bw’inzibacyuho na John Lispky, nyuma y’uko Dominique Strauss-Kahn yeguye.
Ferdinand Uwimana
Umuseke.com | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"cat_Latn"
] | allowed | 542505b4246377262dfebd6dbb40d8d2 | keep | [] | [
6.5,
9.2,
10,
9.6,
8.9,
10,
10,
2,
0
] |
./WIDE-20121206033856-crawl410/WIDE-20121206044341-06139.warc.gz | 619,007,378 | 17,953 | 74,825 | http://www.therwandan.com/ki/2012/10/03/ | text/html | 2012-12-06T06:55:41 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kik_Latn"
] | [
0.8567,
0.1433,
0
] | Daily Archives: 03/10/2012 19:45
Nta crise iri muri RNC: Joseph Ngarambe, Umunyamabanga Mukuru wa RNC
Nyuma y’inkuru zijyanye n’abayoboke b’ihuriro Nyarwanda RNC mu gihugu cy’u Bubiligi beguye ndetse bikanatangazwa n’ibinyamakuru nka igihe.com, aho mu nyandiko yacyo kigira kiti:
Ikipe ya Ngwino urebe y’i Buruseli mu gushakira Agaciro amayero ku mbaraga!
Guta agaciro birakomeje ,nyuma ya Boston kuri uyu wa gatandatu taliki ya 29/09 hari hatahiwe ambasade y’u Rwanda mu Bubiligi mu kubunza agaseke mu banyarwanda bahatuye ndetse n’incuti z’u Rwanda (barazigira se ?)hagamijwe gusabiriza ngo babone ayo bashyira muri cya Kigega cya FPR cyiswe AGACIRO iyaba bari bazi aho” chiffre d’affaire” cyangwa umutungo imaze kwigwizaho aho umaze kugera
Ambasade y’u Rwanda i Buruseli ntako itagize ngo ikize abanyarwanda utuyero bari bitwaje.
Amakuru aturuka kuri bagenzi bacu b’abanyarwanda bari bitabiriye umuhango wo gutangiza ikigega cyiswe Agaciro Development Fund mu Bubiligi, igikorwa cyari cyateguwe na Ambasade y’u Rwanda i Buruseli batunyuriyemo uburyo ntako Ambasade ikuriwe na Robert Masozera itagize ngo ikamuremo abanyarwanda amayero yo kohereza i Kigali. | [
"eng_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | a434ad5dcbd647e9696dc2ee56b55df4 | keep | [] | [
5.9,
7.8,
10,
10,
9.2,
9.9,
10,
2,
0
] |
./WIDE-20121205173829-crawl410/WIDE-20121205173829-06127.warc.gz | 765,338,858 | 9,915 | 33,438 | http://www.therwandan.com/ki/ibihwihwiswa-icccpi-ishobora-kuba-irimo-kugera-perezida-kagame-amajanja/ | text/html | 2012-12-06T00:29:55 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] | [
0.9709,
0.0291,
0
] | Ibihwihwiswa: ICC/CPI ishobora kuba irimo kugera Perezida Kagame amajanja.
Amakuru agera ku rubuga The Rwandan tutarabonera gihamya ariko turimo gukoraho iperereza, aratumeyesha ko muri iyi minsi bimwe mu bihugu by’ibihangange byashyize igitutu ku mushinjacyaha mukuru w’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha (ICC/CPI) rukorera i La Haye mu Buhorandi, Madame Fatou Bensouda ngo atangire amaperereza kuri Perezida Paul Kagame w’u Rwanda ku byaha by’intambara bikomeje kubera mu burasirazuba bwa Congo aho U Rwanda ruregwa gufasha umutwe wa M23 uhanganye na Leta ya Congo.
Nk’uko ayo makuru akomeza abivuga ngo ibyo bihugu by’ibihangange byafashe icyo cyemezo nyuma y’aho byihanangirije Perezida Kagame inshuro nyinshi bimusaba kureka gufasha M23 no gukoresha ingufu ze ngo ayisese kuko n’ubundi ni nk’aho ariwe wayishinze, ariko Perezida Kagame agakomeza kunangira no guhakana avuga ko ntaho ahuriye na M23, ariko bamwereka ibimenyetso akabitura uburakari n’agasuzuguro.
Igishimangira ayo makuru n’uko muri iyi minsi Perezida Kagame yibasiye ubutabera mpuzamahanga, hari benshi bakomeje gukeka ko avugira Bosco Ntaganda ushakishwa n’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha (ICC/CPI), ariko ababikurikiranira hafi siko babibona. Ahubwo babona ari Perezida Kagame n’ibyegera bye bya hafi bugarijwe n’urwo rukiko uretse ko nyine n’ifatwa rya Bosco Ntaganda, Perezida Kagame ataryifuza kuko Bosco Ntaganda azi byinshi bishobora kugwa nabi Leta ya Perezida Kagame biramutse bigiye ahagaragara.
Muri iyi minsi Perezida Kagame yavuze kenshi ko ubutabera mpuzamahanga budakora neza, bwashyiriweho abanyafurika gusa, ndetse yongeraho ko aho kureba ukuri bwivanga muri politiki. Iyo habayeho isesengura umuntu akareba ibihano byo guhagarikira imfashanyo u Rwanda kubera ikibazo cya Congo umuntu abona ibi bishobora kuba biganisha kubyabaye kuri Perezida wa Sudani, Omar Hassan Ahmad Al-Bashir,niba Leta y’u Rwanda iyobowe na Perezida Kagame idashatse umuti w’iki kibazo mu maguru mashya.
Ibi bisa nk’aho bigaragazwa n’ibyo Perezida Kagame amaze iminsi atangaza ku bijyanye n’ubutabera mpuzamahanga.
Twatanga urugero:
-Mu nama y’Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye yiga ku buyobozi bugendeye ku mategeko (rule of law) yabaye tariki 24/09/2012, Perezida Kagame yavuze ko ubutabera mpuzamahanga bwabaye igikangisho ku bihugu bicyennye aho kuba ubutabera bwunga abanyagihugu n’ubutabera mpuzamahanga. Mu ijambo yagejeje ku bitabiriye iyo nama, Perezida Kagame yavuze ko icyitwa ubutabera mpuzamahanga ngo gikoreshwa mu nyungu z’ibihugu bimwe bigendeye kuri politiki aho kubahiriza amahame avuga ko abantu bareshya imbere y’amategeko. Ngo amategeko mpuzamahanga akoreshwa bitewe n’uwo akorerwaho, kuko hari abo abera. Ngo kugirango ayo mategeko agire agaciro, Perezida Kagame asaba ko ngo ibihugu byose byareshya imbere y’amategeko kandi akagendera ku kuri hatabaye kuvangura ibihugu.
-Mu ijambo Perezida Paul Kagame yavuze atangiza ku mugaragaro umwaka w’ubucamanza wa 2012-2013 kuri uyu wa Kane ku itariki ya 4 Ukwakira 2012, yanenze cyane ubutabera mpuzamahanga ngo bubangamira Afurika mu iterambere. Perezida Kagame yavuze ko ubwo butabera budahwema kwibasira Afurika avuga ko butera imbere bushaka kugena uko ibihugu by’Afurika bibaho. Yangeyeho ati “Ubutabera mpuzamahanga iyo bugeze muri Afurika, no mu Rwanda ntabwo wamenya niba ari ubutabera cyangwa ari politiki. Ubutabera n’ubucamanza mpuzamahanga butera imbere bugena uko ibihugu by’Afurika bikwiriye kubaho. Bumva bayobora Abanyafurika aho bashaka bakoresheje ubutabera n’inkunga.”
Kuba Omar Hassan Ahmad Al-Bashir, Perezida wa Sudan adafatwa n’uko igihugu cye gikize cyane kubera Peteroli gicukura kikaba gicuditse n’ibihugu by’ibihangane nk’ubushinwa kubera ubwo bukungu, ntawamenya rero niba Perezida Kagame nawe hari abamufiteho inyungu nyinshi zatuma bamukingira ikibaba cyane cyane mu gihe yaba adafite Congo neza mu ntoki ze ngo abashaka ubukungu bwayo bamuceho.
Ubwanditsi | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn"
] | allowed | 60ce4f5b64a383d2bc0a648138e5cdb7 | keep | [] | [
6.8,
7,
10,
10,
10,
10,
10,
5,
6.5
] |
./WIDE-20121214152539-crawl419/WIDE-20121214190259-07109.warc.gz | 869,246,349 | 9,097 | 36,225 | http://www.igihe.com///imyidagaduro/hanze/ | text/html | 2012-12-14T22:16:38 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] | [
0.9543,
0.0457,
0
] | Abahanzi b’impanga bakomoka muri Nigeria bitwa Peter na Paul Okoye bazwi cyane ku izina rya P-Square bazataramira Abanyarwanda kuwa Gatanu tariki...
Mu gusoza umwaka neza mu byishimo bisangiwe mu Bubiligi harategurwa igitaramo cyateguwe na « Team Production » ifatanyije na « Eben Event »...
Ikinyamakuru Forbes cyagaragaje urutonde rw’umwaka wa 2012 rw’abahanzi bahembwe neza kurusha abandi.
Ku isonga haza Dr Dre wahembwe miliyoni 110...
Umuraperi w’umunyakoreya y’Amajyepfo Psy’s atangaza ko atazarega resitora yo muri Los Angeles yiyitiriye izina ry’indirimbo ye yamamaye cyane yitwa...
Mu ijoro ryo kuri iki cyumweru muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika harimo gutangwa ibihembo bizwi nka America Music Awards, Justin Bieber na Nicki...
Amakuru dukesha urubuga rwa 7sur7 aratangaza ko umugabo uvuga ko ari se wa Selena Gomez, ashinja icyamamare Justin Bieber kuba yaramwibye...
Mu gitaramo cyabereye i Roma kuri uyu wa Mbere i Madison Square Garden ho muri New York, umuhanzi Madona yavanyemo ipantalo nuko yerekana...
Nyuma yo gutorerwa kongera kuyobora Leta Zunze Ubumwe z’Amerika kwa Perezida Barack Obama, abahanzi batandukanye b’ibyamamare bagiye bagaragaza...
Uru rutonde rw’abategarugori 30 bo mu bihugu byo mu Burengerazuba bw’Isi (u Burayi na Amerika) rwakusanyijwe n’urubuga rw’Abashinwa...
Nicki Minaj yerekanye amabere mu kiganiro kuri Televiziyo
Mu kiganiro "Alan Carr’s Chatty Man Show" mu Bwongereza, Nicki Minaj yafunguye...
Ku rubuga rwa Twitter, Amber Rose yatangaje ko aherutse gukora urugendo rwo kongera kuzirikana ukuntu Ne-Yo yamwangiye kugaragara mu ndirimbo ye...
Umuraperi Lil Wanyne yajyanywe mu bitaro kuri uyu wa kane tariki ya 25 Ukwakira 2012.
Lil Wayne
Urubuga rwa TMZ rwanditse ruvuga ko...
Abahanzi b’impanga bakomoka muri Nigeria bitwa Peter na Paul Okoye bazwi cyane ku izina rya P-Square bazataramira Abanyarwanda kuwa Gatanu tariki... | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"mlt_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | 4b3d0c9b09a435bfa942546305efa1f0 | keep | [] | [
5.3,
7.4,
10,
9.5,
10,
10,
9.4,
0,
0
] |
./WIDE-20121214152539-crawl419/WIDE-20121214190259-07109.warc.gz | 870,383,907 | 9,283 | 37,331 | http://www.igihe.com///imyidagaduro/hanze/?debut_gh_news=12 | text/html | 2012-12-14T22:17:09 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] | [
0.933,
0.067,
0
] | Uru rutonde rwakozwe n’ikinyamakuru Daily News bibanze cyane ku byamamare muri sinema, muzika ndetse no kwerekana imideri bagiye bigaragaza...
Ku munsi w’ibibuno hagarutswe ku byamamare bifite inyuma heza
Ku bakoresha cyane urubuga rwa Twitter, bizwi ko tariki ya 17 Ukwakira ari...
Obama yizeye ko umuriro uri kwaka hagati ya Mariah Carey na Nicki Minaj ugiye kuzima
“Ndatekereza ko bagiye kubikemura, ndabyizeye. Icyo ndi...
Umuhanzi Jay-Z, umwe mu bahanzi bakomeye ku Isi unavuga rikijyana mu Gihugu cya Leta zunze Ubumwe za Amerika, avuga ko kuva Chris Brown yakubita...
Muri ibi bihe havugwa ikibazo cya Illluminati kigenda gifata indi ntera umunsi ku wundi ndetse abenshi ntibabisobanukirwe neza, ubu noneho...
Mu gihe hari hashize iminsi micye avuze ko yatandukanye na Karrueche Tran kugira ngo amurinde kubabazwa n’umubano udasanzwe asigaye afitanye na...
Umuhanzi King James umenyerewe mu muziki hano mu Rwanda, uretse kuba yari asanzwe ataramira Abanyarwanda bari imbere mu gihugu, ubu agiye...
Ibintu byamaze gusobanuka neza hagati ya Rihanna na Chris Brown nyuma y’urujijo rwari rumaze iminsi, aho byavugwaga ko aba bombi baba barasubiye...
Marie-Claire Noah, nyina w’umuhanzi w’icyamamare akaba n’umukinnyi wa Tennis, Yannick Noah yapfuye.
Ikinyamakuru Le Parisien gitangaza ko...
Justin Bieber w’imyaka 17, yarukiye ku rubyiniro (stage) ubwo yari mu gitaramo aheruka kugirira kuri uyu wa Gatandatu i Glendale muri leta ya...
Abasore 2 bagize itsinda rya Goodlyfe bafashwe bakekwaho gutwara ibintu mu buryo bwa magendu mu cyumweru gishize.
Abo basore bazwi ku mazina ya...
Umuriribyikazi Shakira ukomoka mu gihugu cya Colombiya yatangaje ko atwite inda y’umukunzi we Gerard Pique ukinira ikipe ya FC Barcelone.
Nyuma...
Abahanzi b’impanga bakomoka muri Nigeria bitwa Peter na Paul Okoye bazwi cyane ku izina rya P-Square bazataramira Abanyarwanda kuwa Gatanu tariki...
Abahanzi b’impanga bakomoka muri Nigeria bitwa Peter na Paul Okoye bazwi cyane ku izina rya P-Square bazataramira Abanyarwanda kuwa Gatanu tariki... | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"lua_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | f3b165adb9e463c0dc1fe1936185775a | keep | [] | [
5.4,
7.6,
10,
9.5,
10,
10,
9.4,
0,
0
] |
./WIDE-20121114233744-crawl420/WIDE-20121115013121-00331.warc.gz | 683,081,553 | 8,027 | 30,576 | http://www.umuvugizi.com/?p=5637 | text/html | 2012-11-15T02:08:17 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kik_Latn"
] | [
0.9393,
0.0608,
0
] | Kagame n’abicanyi be muri Afurika y’Epfo umenya imizinga irimo kubyara imyibano
Ubwo yiyemezaga gufata inzira y’ubuhungiro, général Kayumba, yari ahagarariye u Rwanda mu gihugu cy’Ubuhinde (ambassadeur). We na Kagame bakimara gufata ubutegetsi mu mwaka w’1994, Kayumba yari umwe mu nkoramutima ze, ubwo yagirwaga umukuru w’ingabo z’u Rwanda (chef d’Etat major).
Mu rubanza rw’uyu munsi, umucamanza yagaragaje ko hari ibimenyetso simusiga byagejejwe mu rukiko, ko n’uburenganzira bw’abaregwa cyangwa abunganira Kayumba, bwubahirijwe n’igipolisi cyo muri Afurika y’Epfo, ubwo cyahagarikaga abakekwagaho icyaha cyo kwivugana Kayumba Nyamwasa. Ibi na none byatangajwe uyu munsi n’abapolisi bafashe icyo gihe abaregwa, ubwo aba bapolisi bari imbere y’urukiko. Hashingiwe ku byavuzwe byose, urukiko rukaba rwiteguye gutangaza icyo rutekereza mu minsi ya vuba.
Mu rubanza ruzongera gusasa ejo, ni bwo Général Kayumba Nyamwasa na we azitaba urukiko kugirango atange ubuhamya ku byamubayeho. Umushinjacyaha mukuru w’u Rwanda, Martini Ngoga, minisitiri w’ubutabera, Tharcisse Karugarama, ndetse n’uw’ububanyi n’amahanga, Louise Mushikiwabo, ntako batagize kugirango berekane ko shebuja Pahulo Kagame nta ruhare na ruto yagize rwo kohereza abicanyi be muri Afurika y’Epfo kwivugana Kayumba Nyamwasa.
Aya matakirangoyi atarigeze afatwaho ukuri n’igihugu cya Afurika y’Epfo, yaje kuvukamo agatotsi hagati y’ibihugu byombi, ari byo byatumye uhagarariye igihugu cya Afurika y’Epfo mu Rwanda, ahamagazwa igitaraganya. Uhagarariye u Rwanda muri Afurika y’Epfo, n’ubwo we agihari, ni bya bindi by’umupfayongo w’ikirondwe usigara ku ruhu inka yarariwe cyera.
Mugabo , South Africa . | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | 9ea83dbb2a0d31edd646dc23097d14a9 | keep | [] | [
5.5,
7.9,
10,
9.4,
8.9,
10,
10,
3,
0
] |
./WIDE-20121031142530-crawl417/WIDE-20121031162133-03946.warc.gz | 694,081,046 | 7,391 | 29,942 | http://www.inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1209230651 | text/html | 2012-10-31T17:01:49 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] | [
0.9804,
0.0196,
0
] | Kevin Monnet paquet yarokoye Lorient mu minota ya nyuma
Umukinnyi Monnet Paquet ufite ubwenegihugu bw’Abafaransa ariko umubyeyi umwe akaba ari umunyarwanda yaraye yitwaye neza atsinda igitego ku munota wanyuma cyahesheje ikipe ye Lorient inota rimwe.
Uyu musore ushakishwa n’Amavubi yinjiye mu kibuga mu gice cya kabiri asimbuye, ikipe yatsinzwe igitego 1-0 kandi ituzuye kuko umukinnyi wayo yari yahawe ikarita itukura ku munota wa 64.
Hasigaye umunota umwe gusa ngo umukino urangire Monnet- Paquet yatsinze igitego cyo kwishyura maze Lorient itahana inota rimwe yakuye ku kibuga cya Nice.
Tubibutse ko shampiyona yatangiye Monnet-Paquet afite ikibazo cy’imvune bityo akaba ataratangira kujya abanza mu kibuga.
Kugeza ubu Lorient akinira itaratsindwa na rimwe kuva shampiyona igeze ku munsi wa gatandatu yo mu cyiciro cya mbere mu Bufaransa itangiye.
Iyi kipe iri ku mwanya wa kane nyuma yo kwitwara neza mu mikino ikomeye bahuye na Montpellier bakayitsinda 2-1 bakanganya na PSG 2-2, Nancy 3-0 hamwe Rennes 2-1.
Monnet-Paquet w’imyaka 25 benshi bemeza ko iyo atagira ibibazo by’imvune byamuzahaje mu myaka ishize aba akinira ikipe y’igihugu y’Abafaransa. Amavubi aramutse abonye umukinnyi nk’uyu nta kabuza ko yakwitwara neza.
Rutaganda Ponny. | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"scn_Latn"
] | allowed | ad69d3f58f1009babc0ba23e61bfdea2 | keep | [] | [
7.2,
9,
10,
10,
10,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121215183132-crawl412/WIDE-20121215200310-02047.warc.gz | 546,956,934 | 5,646 | 17,448 | http://imurenge.com/gusetsa2.php | text/html | 2012-12-15T20:54:26 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] | [
0.9799,
0.0201,
0
] | Umva rero ganza mugabo bambe x2. 1). Ndavuga ya mporana y’ikiriza; Inka izigendera mu kirere; Ihaye yumva indemakirindo; Iwabo n’imiringa y’ikiriri; Niho yakangiye inyakirura; Zombi zikiranya ku kiraro; Yamye ijabuka mu nka z’ikiba; Indemakibera yamye mu nyakibira. 2). Kimete n’umukene wa bose; N’iyiswe iterezo ry’ishombo; Ishoboka yamaze ishavu nshoye; N’uwanshombye imwereza umunaniro. 3). Rugage twagabanye k’urugaryi; Urugerero twasimbye urugabane; Itaha yigaza mu rugamba; Mu Rubangwa yamye ihaca urubanza; Umva, nkumbuye rumaranzara; Nirwo rwandemesheje mu Rugarama. --TWAZIRIRIMBIWE NA MZEE ELISHA GISHOMA.
GUTESHAGUZWA - PASITERI ATI, "MUKUBITE ABASHI."
Ku Ndondo mw’ikanisa rya Kadeza, umupasiteri yari ahagarikiye. Igihe kiragera co kwiyegereza abashitsi nkuko bisanzwe.
Muri abo bashitsi hari harimo abashi benshi kandi bicaye mu ruhande rwabo. Pasiteri niko kubgira abakirisitu ati, “Nimufate amapendo n’imirisho dukubite abashi.” Abashi bari abashitsi biruka bahungira hanze. Abakirisitu basigara bagagara no guseka. Pasiteri abaza ibibaye; bamubgira ko yavuze ngo bakubite abashi, aho kuvuga ngo bakubite mu mashi. Nuko baja kwinginga abashi ngo basubire mw’ikanisa.
- Ngabo
Guhera ubu, abakunzi ba Imurenge.com murashobora gutangira gukurikirana ijambo ry'Imana ritambuka ku Gicaniro buri munsi w'iposho n'uw'iyinga. Igicaniro n'igitaramo gikorerwa k'umurongo wa telefone muri Amerika. Urashobora gutegera aya miga ibumoso bgawe ahanditse ngo "Ku Gicaniro". Yesu Kristo abahe umugisha. | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"xho_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | 1d3077ab1ab447794ec8864efeca5aa9 | keep | [] | [
7.3,
9.7,
10,
9,
10,
10,
10,
3,
0
] |
./WIDE-20121215183132-crawl412/WIDE-20121215200310-02047.warc.gz | 571,870,724 | 5,348 | 16,076 | http://www.imurenge.com/readnews.php?id=340 | text/html | 2012-12-15T20:55:12 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] | [
0.999,
0.001,
0
] | NORTH DAKOTA, AMERIKA - Mw’iyinga rishize, umunsi wa kane, ku minsi 4 y’ukwezi kw’icumu 2012, abasirikare b’Abarundi icumi na babiri baguye mu gitero bagabgeho n’umutwe w’inyeshamba utavuga rumwe n’ubutegetsi bg’i Kinshasa. Uwo mutwe ukaba ukorera mu ntara ya Kivu y’epfo, mu misozi yo muri plaine hafi ya Rubirizi na Remera.
Amakuru dukesha i radiyo y’Abongereza BBC, avuga ko hari abasirikare b’Abarundi bajabutse umupaka baja gufasha ingabo za Kongo kurwanya abatavuga rumwe n’ubutegetsi bga Kabila. Ibi kandi byemejwe n’umwe mu bayobozi b’uwo mutwe, ariwe Nkingi, watangarije BBC Gahuzamiryango ko Abarundi bohereje abasirikare majana atatu gufasha ingabo za Kongo kugira ngo zibarwanye.
Nkuko Nkingi yakomeje abivuga, muri ico gitero ca na kane ngo caguyemo abasoda b’Abarundi icumi na babiri. Murabo basoda, harimo umu majoro ndetse n’umukapiteni. Abajijwe nimba bakorana n’umutwe wa M23, yarabihakanye yemeza ko umutwe wabo ugizwe n’Abapfurero, Abashi, Abanyamurenge ndetse n’Ababembe batavuga rumwe n’ubutegetsi bga Kabila.
Umuvugizi w’igisoda c’u Burundi Colonel Baratuza yahakaniye i radiyo ya BBC Gahuzamiryango ko nta basoda majana atatu babo boherejwe muri Kongo kurwana n’umutwe utazwi. Ariko yaje kwemera ko bapfushije umusoda w’umu majoro ndetse n’abandi bari mukazi muri Kongo.
Colonel Baratuza yanaboneyeho akanya ko gusobanurira abanyamakuru amasezerano bagiranye na Kongo kubijanye no guherekanya amakuru y’ibikorerwa ku mipaka. Ni muri urwo rwego k’ubutaka bga Kongo hari abasoda b’Abarundi ndetse ngo hari n’igihe abasoda b’Abakongomani baja i Burundi mu rwego kw’iperereza no kwivuza.
Ibi kandi byaje kuvugwaho n’ushinzwe intambara muri Kivu y’epfo, Colonel Delphin Kahimbi watangarije i radiyo ya Okapi, ahumuriza abaturage ababgira ko nta kibazo Kongo ifitanye n’u Burundi. Ko ahubgo hari amasezerano bagirana y’ubufanye bgo kubugabunga umutekano hagati y’imipaka y’ibihugu byombi harimo no kurwanya abanzi b’ibihugu byombi. Ibi Colonel Kahimbi akaba yarabitangaje ubgo abaturage binubiraga iyinjizwa ry’abasoda b’Abarundi muri Kongo.
Andi makuru avuga ko umurwanyi wa FNL wari wagiye kwivuza i Burundi ko ariwe watumye abasoda b’Abarundi banajabuka umupaka bitewe n’amakuru yari yabahaye. Ayo makuru yabahaye ngo yaba ajanye n’imigambi imitwe ikorera mu kibaya ca Rusizi (Plaine) yari ifite ku gihugu c’u Burundi ndetse na Kongo. Yongeye kubabgira ko agiye kubereka aho bahishe imbunda zikomeye cane. Ubgo bajabukana ga uruzi ndetse abandi bagaca mu tubande, nibgo bisanze mu mutego w’inyeshamba.
Amakuru ava aho ico gitero cabireye, avuga ko abasoda bajabutse ubga mbere bari mirongo ibiri n’umunani (28). Muri abo 28, hapfuyemo icumi na babiri mu gihe abandi 6 bafashwe mpiri (matekwa). Iyicwa ry’abo basoda rikaba ryarakomeje imirwano kugeza n’iposho ku minsi 6 y’uku kwezi turimo.
Ruhumuriza Semandwa
[email protected]
Guhera ubu, abakunzi ba Imurenge.com murashobora gutangira gukurikirana ijambo ry'Imana ritambuka ku Gicaniro buri munsi w'iposho n'uw'iyinga. Igicaniro n'igitaramo gikorerwa k'umurongo wa telefone muri Amerika. Urashobora gutegera aya miga ibumoso bgawe ahanditse ngo "Ku Gicaniro". Yesu Kristo abahe umugisha. | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"por_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | 98f93296f69dd7fd05afc1f822c283f3 | keep | [
[
2831,
2852
]
] | [
6.7,
8.5,
10,
9.6,
9.2,
10,
10,
8,
0
] |
./WIDE-20121127234705-crawl419/WIDE-20121128035032-06623.warc.gz | 48,568,974 | 12,380 | 64,600 | http://www.igihe.com///amakuru/muri-afurika/?debut_gh_news=60 | text/html | 2012-11-28T04:03:31 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] | [
0.955,
0.045,
0
] | Nyuma y’aho ibihugu bikize bishyira igitutu ku bihugu bya Afurika mu kwemerera ababana bahuje ibitsina (bafite ibitsina biteye kimwe), Malawi yo...
Sudani y’Amajyepfo iherutse guhambiriza Sandra Breidas, umushakashatsi wa Loni uregwa gushyira ahagaragara raporo y’ibinyoma, nk’uko bitangazwa na...
Uwahoze akorana na Osama bin Laden muri Sudan mu 1990, Hassan al-Turabi, yatangaje ko yifuriza Barack Obama kuzongera gutorerwa indi manda mu...
Minisitiri w’Intebe wa Somaliya, Abdi Farah Shirdon amaze guhyiraho abaminisitiri bagize Guverinoma nshya.
Ni bwo bwa mbere muri Somaliya...
Inzego z’umutekano mu gihugu cya Kenya ziratangaza ko abantu barindwi bakomerekejwe bikomeye n’igisasu cyaturikiye mu rusengero ruherereye mu...
Inyeshyamba zirwanya Leta ya Sudani zatangaje ko zishe ingabo za Leta 70, mu mirwano yabereye ku mupaka uhuza Sudani zombi mu gace ka Kordofan....
Kaminuza ya Makerere iherutse gufatira amanota y’abanyeshuri bagera kuri 400, bo mu ishami ry’ubukungu n’icungamutungo, nyuma y’uko iperereza...
Agatsiko k’abitwaje intwaro, ku wa gatandatu tariki ya 3 Ugushyingo kahitanye abantu 13 mu Majyaruguru ya Sudani mu gace ka Darfour.
Ibiro...
Umuryango w’Abibumbye LONI mu itangaza ushyize ahagaragara uravuga ko ubaye uhagaritse guha agaciro ibikubiye muri ’raporo y’impuguke za LONI’...
Mu gihe hakomeje kuvugwa umutekano muke mu majyaruguru ya Nigeria, mu gace ka Maiduguri, abantu 11 b’urubyiruko bishwe..
Nk’uko BBC yaibitangaje...
Igihugu cya Uganda kiratangaza ko kigiye gucyura abasirikare bacyo bari mu mugambi wo kubungabunga amahoro muri Somalia n’ahandi hose hari ingabo...
Umunyeshuri wiga mu ishami rya Business Administration muri Kaminuza ya Mbarara mu gihugu cya Uganda, akurikiranweho icyaha cyo guharabika...
Umuryango w’Abibumbye, uratangaza ko ushobora gukoresha indege zitagira abapilote mu kugenzura uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi...
Nyuma y’uko umutwe wa M23 ufatiye umujyi wa Goma mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ubu umujyi wa Bukavu watangiye...
Abayobozi b’ikigo cy’ishuri New Hope for Africa Primary School, muri District ya Mukono, batawe muri yombi bazira ko umwe mu bana b’abanyeshuri...
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo Joseph Kabila, kuri uyu wa kane yahagaritse ku mirimo Gen Major Gabriel Amisi Kumba, wari...
Bitewe n’umukino wo gusiganwa ku magare uri kubera mu Rwanda, guhera tariki ya 18 kugera tariki ya 25, televiziyo ya CANAL+, mu kiganiro cyitwa...
Mu nama yabaye igitaraganya kuri uyu wa kabiri, ibihugu bigize Akanama k’umutekano ka Loni uko ari 15 byashyigikiye mu buryo budasubirwaho...
Mu gihe Umuryango w’Abibumbye, abakuru b’ibihugu byo mu Karere k’Ibiyaga Bigari n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe basaba ko umutwe wa M23 wava mu...
Abanyekongo ibihumbi 20 bahungiye mu nkambi ya Mugunga iherereye mu burengerazuba bw’umujyi wa Goma, ntiborohewe n’ubuzima babayemo kubera kubura...
Igihugu cya Uganda, umuhuza mu kibazo cy’intambara hagati y’umutwe wa M23 na Leta ya Repuburika Iharanira Demukarasi ya Congo, kirashinja Loni...
Inyeshyamba z’i Darfour muri Sudani, kuwa Gatandatu tariki ya 24 Uguhshyingo 2012, zatangaje ko zigaruriye ikigo cya gisirikare cya Sudani...
Ishyaka riri ku butegetsi muri Sudani ryatangaje ko ku wa Kane mu gitondo hari agatsiko k’abasirikare n’abasivile bageregeje guhirika ubutegetsi...
Nyuma y’uko umujyi wa Goma ufashwe n’umutwe wa M23 urwanya Leta ya Congo Kinshasa, mu nama n’abaturage kuri sitade ya Goma, umuvugizi wa M23...
Umuryango w’Abibumbye, uratangaza ko ushobora gukoresha indege zitagira abapilote mu kugenzura uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi...
Nyuma y’ibiganiro byabereye i Kampala muri Uganda hagati y’abagaba bakuru b’ingabo zo mu karere k’Ibiyaga Bigari, umukuru w’igisirikare cy’umutwe wa...
Mu mpera z’icyumweru gishize hamenyekanye urupfu rw’Umunyarwandakazi Sifa Nsengimana waguye muri Afurika y’Epfo azize impanuka y’imodoka.
Sifa...
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo Joseph Kabila, kuri uyu wa kane yahagaritse ku mirimo Gen Major Gabriel Amisi Kumba, wari...
Mu gihe Umuryango w’Abibumbye, abakuru b’ibihugu byo mu Karere k’Ibiyaga Bigari n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe basaba ko umutwe wa M23 wava mu...
Mu nama yabaye igitaraganya kuri uyu wa kabiri, ibihugu bigize Akanama k’umutekano ka Loni uko ari 15 byashyigikiye mu buryo budasubirwaho...
Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’amahoro i Darfur muri Sudan, zubakiye abaturage isoko ahitwa i Nertiti.
Iryo soko ryatashywe ku wa kabiri...
Ku wa 21 Ugushyingo 2012, sosiyete sivile i Bukavu mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yateguye imyigaragambyo mu mujyi...
Umutwe wa M23 urwanya Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ubu ukaba warigaruriye Umujyi wa Goma mu Majyaruguru y’Uburasirazuba bwa...
Bitewe n’umukino wo gusiganwa ku magare uri kubera mu Rwanda, guhera tariki ya 18 kugera tariki ya 25, televiziyo ya CANAL+, mu kiganiro cyitwa...
Nyuma y’uko umujyi wa Goma ufashwe n’umutwe wa M23 urwanya Leta ya Congo Kinshasa, mu nama n’abaturage kuri sitade ya Goma, umuvugizi wa M23...
Jakaya Kikwete, umukuru w’igihugu cya Tanzaniya, aratangaza ko Umuryango w’iterambere rya Afurika y’Amajyepfo SADC uri gusuzuma uburyo wakohereza... | [
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"luo_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"dyu_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn"
] | allowed | a242ec6f95bff1f11869b729bf6b2988 | keep | [] | [
5.2,
8.3,
10,
9.2,
9.8,
10,
8.5,
0,
0
] |
./WIDE-20121017153406-crawl336/WIDE-20121017162456-03133.warc.gz | 193,092,318 | 30,637 | 105,020 | http://murengerantwari.unblog.fr/2012/04/29/munyarwanda-itandukanye-na-fpr-cyangwa-uyigumemo-ubutazavamo/ | text/html | 2012-10-17T16:34:32 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"tat_Cyrl"
] | [
0.6649,
0.3351,
0
] | Madame Ingabire yabereye benshi igitambo, ariko icyo gitambo cyeretse abagishidikanya bose ukuri: FPR nta garuriro!
Imyaka ibiri irarenga umukuru w’ishyaka FDU Inkingi afashe icyemezo cyo kujya mu Rwanda, aho yashakaga guhatanira amatora y’umukuru w’igihugu ku buryo bwa demokarasi. Madame Victoire Ingabire Umuhoza ubwo afashe indege akajya mu Rwanda ntiyari ayobewe akaga kamutegereje mu Rwanda nk’umuntu usaba demokarasi. Mu binyamakuru byo muri Rhenanie Palatinat ubwo Madame Ingabire Umuhoza asuye abaterankunga ahitwa i Trèves, ntibabuze kumubaza icyo atekereza aboyoboye u Rwanda muri iki gihe bazamukorera ageze mu Rwanda. Madame Ingabire ntiyazuyaje, yasubije ko abona bazashaka uburyo bamugerekaho ibirego bya nyirarureshwa kugira ngo bamufunge nk’uko byabaye ku bandi banshi barose ko demokarasi yashoboka mu Rwanda rwa FPR. Ariko ubwo icyo cyama kibwira ushaka demokarasi ngo naze afatanye n’abandi kurwubaka, Madame Ingabire yiyemeje gutanga „umugabo w’icyenda“ kugirango yerekane neza ko amagambo y’ikinyoma yaranze ubutegetsi bw’inkotanyi kuva zabaho atigeze arekeraho. Madame Ingabire rero yagiye mu Rwanda atayobowe ubutegetsi asanze ubwo ari bwo, ariko yiyemeza kwitanga kugira ngo abe intangamugabo ko leta ya FPR itemera nyine kandi itazigera yemera na rimwe demokarasi.
Ku itariki ya 16 Mata uyu mwaka, niho Madame Ingabire yafashe icyemezo cyo kutazongera kwitaba inkiko z’ U Rwanda zamuburanishaga urw’amahugu, akaba yaraboneyeho gutangaza ko icyizere cyose yari afitiye ubutabera bw’u Rwanda cyayoyotse. (Niba hari icyo yigeze azigirira!). Madame Ingabire ahagarariye imbaga nini y’abanyarwanda itegereje ko habaho imihindukire mu mitegekere amaso akaba yaraheze mu kirere. Mu by’ukuri, ijambo rya Madame Ingabire aho agira iti „icyizere cyose ku butabera bwa FPR kirayoyotse“, ni ijambo umunyarwanda aha ava akagera ubu yagomye gufata nk’ihame. Nta butabera bubaho ku ngoma ya FPR, nta n’ubuzigera bibaho.Uwaba akishuka -dore ko bahari wagira barabaroze- akure y’amaso. FPR nta garuriro, uriho ayisanga muri iki gihe yakagombye kwibaza niba nta kintu abuze mu mutwe. Inzira ya demokarasi ku ngoma ya FPR ntishoboka. Ushaka indi gihamya y’icyizere itari Madame Ingabire, ntayo ateze kubona.
Igihe kirageze rero ngo uwibeshya akomeze kwibeshya, n’ushaka kwirenganura abishyire mu bikorwa! Igihe ni iki kandi ngo utarabona FPR icyo ari cyo nawe akomeze ubuhumyi bwe. Bityo mu minsi ije, niba abakomeza kwibeshya batisubiyeho ubu, ibyo kwakira no kuvugira abahunze ingoma ya FPR kandi bari barabwiwe nabyo bigomba kurangira, kandi ukorana nayo agahanwa by’intangarugero.
1. Abaharanira kubohoza u Rwanda bakwiye kurangiza igihe cy’imbabazi ku bakorana na FPR babizi babishaka.
Muri iyi minsi impaka ni nyishi mu banyapolitiki baharanira ko ibintu bihinduka mu gihugu bazwi ku izina rya Oppozisiyo. Buri wese aragerageza kwishyira aheza yerekana ko ariwe ukwiye kuyobora abanyarwanda. N’ubwo ibyo gushyira mu bikorwa uburyo bwo kuvana abanyarwanda ku ngoyi bisa n’ibikiri mu nzoz i, ariko impaka zo kuyobora u Rwanda zo urasanga zirimbanyije. Dukurikiye amateka yabaye mu Rwanda mu gihe cya vuba, birakomeye kumenya muri izo mpaka ushobora kugaragaza ko ari umwere, n’undi ushobora kwiha uburenganzira bwo gushyira abandi mu gitebo cy’abatagomba kugira uruhare muri politiki y’ U Rwanda mu gihe kizaza!
Impaka ziriho muri iyi minsi mu kwibaza ushobora kugirirwa icyizere n’abanyarwanda uzisanga mu bashyigikiye uwahoze ari Ministri w’intebe mu Rwanda ariwe Faustin Twagiramungu, akaba abiterwamo inkunga ikomeye n’ikinyamakuru gikorera kuri internet cya leprophete.fr. Dukurikije ibitangazwa, twibajije cyane niba Twagiramungu Faustin ariwe koko wagirirwa icyizere n’abanyarwanda. Ibyo aribyo byose ukurikije ibitekerezo bitangwa hirya no hino, Twagiramungu Faustin wakunze kwigaragaza nk’umuntu ufite ibiganza byera mu maso y’abanyarwanda, birakomeye cyane kugira ngo abo banyarwanda bo bamuhe icyizere, kuko ibyo biganza byera niba yabigira tuvuge mu kibazo cyerekeye genocide yakorewe abatutsi, birakomeye cyane kugira ngo abahutu bibasiwe n’ubwicanyi bwa FPR bo icyo cyizere bakimuhe. Ikibazo rero nticyoroshye nk’uko bamwe babikeka. Ese impaka zidindiza consensus politique mu banyarwanda ziteye zite? Reka tugerageze kuzishyira muri ibi bice bikurikira:
-Hari basanga abakoranye bya hafi na FPR (bayihozemo) nta cyizere na gito bagomba kugirirwa.
Ibitekerezo byibasiye abahoze ari abayoboke ba FPR urabisanga muri iki gihe nk’uko twabikojeho mu ruhande rushyigikiye Twagiramungu Faustin. Uyu mugabo nk’uko bizwi, yashyigikiye cyane mu myaka yashize FPR, ariko akaba yarinangiye kuyinjiramo nk’uko benshi babigenza kugira ngo bakorane nayo. Ibyo rero bituma Twagiramugu wagize akanya ko kwiteregeza FPR ku buryo bwa hafi bitewe no gukorana nayo ariko yirinda kuyinjiramo, atihanganira na gato abantu babaye muri FPR nyirizina. Faustin Twagiramungu n’abamushyigikiye bemeza ko ababaye muri FPR bikomeye kwemeza koko ko bayivuyemo, bityo ko biyemeje kureka systeme yayo kimwe no gufatanya n’abandi banyarwanda nta buryarya. Abari kumwe na Twagiramungu bakaba gutyo batajya imbizi na gato n’abahoze ari aba FPR, kandi impamvu batanga hari igihe yumvikana, aho bagira bati twashutswe rimwe ariko ntituzashukwa bwa kabiri. Birakomeye cyane rero kugira ngo Twagiramungu yumvikane n’abahoze bari muri FPR, aribo ba Theogene Rudasingwa, Kayumba Nyamwasa n’abandi.
-Hari abasanga abantu bakoranye bya hafi n’ubutegetsi bwa Habyarimana nta cyizere bagomba guhabwa.
Mu bibasiye na none abantu baba barabaye hafi y’ubutegetsi bwa Habyarimana, umuntu abasanga nanone cyane cyane mu bashyigikiye Faustin Twagiramungu. Abo bashyira imbere igitekerezo ko iyo inkubiri ya demokarasi igikomeza uko byari mbere y’itariki ya 6 Mata (Ihanurwa ry’indege ya Habyarimana), ko ibintu bitaba byarageze aho byageze. Abo basanga amashyaka yiyise „hutu power“ ari mu yatumye ibibazo bikomera mu gihugu. Ese koko iyo iyi „hutu power“ itavuka, FPR yari kwibuza kwica Habyarima, bityo ntihabeho gennocide? FPR yishye Gapyisi, ikica Gatabazi n’abandi banyapolitki baharaniraga demokarasi, ni iki cyerekana ko n’iyo hatabaho „hutu power“ itari gukomeza intego zayo? Kwemeza ko iyo hutu power itavuka inkubiri ya demokarasi yari kugera ku ntego, byaba bibaye kongera kwibeshya kuri FPR bwa kabiri, yo yagaragaje igihe cyose ko itari igamije na gato ubutegetsi busangiwe. Iyo FPR ikiba koko igamije ubutegetsi busangiwe, ntiba yarateye ishoti Twagiramungu na bagenzi bagaragaza ngo ko ibiganza byabo byera de ku kibazo cya genocide y’abatutsi. Iyo witegereje ahubwo ko ubu FPR ariyo iri kwiyegereza abahoranye na Habyarimana (abo bakunze kwita abanyakazu), byerekana ko ibyo by’inkubiri ya demokarasi Twagiramgu na bagenzi be bahataniraga ntacyo byari biyibwiye na gato. Ikibazo rero cy’abagira nyirabayazana y’ibibazo abashinze hutu power bigaragara ko ari ukushakira umuti w’ibibazo aho utari. Ndetse witegereje wasanga abahoze ari hutu power aribo bagira agaciro mu maso y’abahutu bibasiwe na FPR kurenza uko bagaha Twagiramugnu n’abamushyigikiye.
-Hari abasanga Faustin Twagiramungu n’abamushyigikiye aribo nyirabayazana w’ibibazo bikomeye birimo gutsindwa na FPR.
Ababibona gutyo ubasanga mu bahoze bashyigikiye Habyarimana, ukabasanga na none mu bahoze ari Inkotanyi muri FPR biganje cyane muri RNC. Abahoze muri FPR berekana ku buryo bwumvikana ko icyo cyama cyitabaje amashyaka kikayashuka kigamije guca abantu mo ibice kugira ngo kigere ku butegetsi. Ni kimwe n’abahoze bashyigikiye Habyarimana cyangwa abo twavuga ko ntacyo bapfa nawe. Bagaragaza neza uburyo abitabiriye inkundura ya demokarasi batarebye kure, inyungu z’igihugu bakazitera umugongo, bagashyigikira FPR mu buswa bwinshi mu rwego rwa politiki. Kuri abo bose, abitabiriye amashyaka bashyigikira FPR (bazwi ku izina ry’amajyojyi), bagombye kuza ku mwanya wa kabiri nyuma ya FPR mu kuba mubateje ibibazo mu gihugu. Impamvu yo kwitwaza ngo abayobozi b’amashyaka nka Twagiramungu ntacyo bari cyo ntihagije, kuko guvernoma y’inzibacyuho amashyaka yabo yari agize niyo yatzinzwe igihe indege ya Habyarimana ihanuwe. Bityo nta mpamvu yo kuvuga ngo Habyarimana niwe wategekaga kandi hariho leta y’inzibacyuho irimo amashyaka menshi. Abayobozi b’ayo mashyaka rero babishaka batabishaka bagombye kwemera uruhare rwabo, kuko uyoboye ishyaka aba ayoboye aba ari abanyarwanda bakurikiza umurongo we wa politiki kugera no muri guvernoma.
-Hari abasanga impaka ku ruhare rwa buri wese zikwiye kuvaho abantu bagahangana n’umwanzi umwe ariwe FPR iyobowe na Prezida Kagame.
Uwo murongo w’ibitekerezo niwo usangana abahoze bari muri FPR bibumbiye cyane cyane muri RNC kimwe n’amashyaka bashyigikiranye, n’ubwo ku rundi ruhande usanga batagirira icyezere na none Faustin Twagiramungu n’abamushyigikiye. Impamvu ishyirwa imbere cyane cyane mu kwishisha Twagirmungu n’abo bari kumwe, usanga ari ikintu kimuranga kimeze nko gukomera kuri ideologie ya Parmehutu yaranze abarwanashyaka b’ibanze ba repubulika. Kurwana inkundura ireba mbere na mbere abahutu, hakaba abasanga icyo gihe cyararenze cyo guharanira ibohozwa ry’abantu bamwe. N’ubwo biboneka ko FPR yibasiye ku buryo by’umwihariko abahutu, ariko abagerageza kureba kure basanga FPR ari icyama cyibasiye abanyarwanda muri rusange.
Tukiri kuri iyo ngingo, umuntu yakwanzura yibaza iki kibazo: Ari umuntu wabaye muri FPR ari n’uwakoranye na FPR agatuma igera ku ntego zayo mbisha, ninde ukwiye kuryozwa ibyabaye kurusha undi? Hari abagira bati abantu bagomba gushyira ku munzani, bakabona ko kuba muri FPR aribyo bifite ingaruka nyinshi. Ibyo ariko ntibivanamo ko abashyigikiranye na FPR bayifashije kugera ku ntego zayo zo gushyira ku ngoyi abanyarwanda. Bityo Umwanzi (ennemi) n’umugambanyi (traitre), ntibakagombye guhabwa ibihano bimwe? Icyo rero abantu bari bakwiye gushyira imbere ni iki (byibuze ku barwanya FPR), kwemera amakosa yakozwe, ubundi hakabaho gutangira bushya no gutahiriza umugozi umwe. Gusa igikwiye nabwo ni uko nyuma yo kwiyemeza gutahiriza umugozi umwe hakwiye gucibwa umurongo ntarenga. Bityo umuntu kugeza ubu utarabona icyo FPR aricyo agafatwa nawe nk’uwo abandi bagomba kurwanya. Ibyo byaba nyuma y’amasezerano y’ubufatanye agomba kuva mu mishyikirano y’ubwumvikane yagirwa n’abahuriye ku ntego yo kurwanya FPR. Hanyuma uwaba asigaye atemeye ayo masezerano agafatwa nk’ugomba kurwanyirizwa hamwe na FPR.
2. Mu mashyaka y’abanyarwanda arwanya FPR ubu byifashe bite?
Amashyaka y’abanyarwanda arwanya FPR urebye ubu amaze kwisobanura, n’ubwo hakiriho ingorane z’impaka zididindiza byinshi nk’uko twabivuzeho ku ngingo ibanza. Ibyo biratuma inzira ya revolusiyo ishyizwe imbere mu kugobotora abaturage ingoyi bariho ikomeje nayo kuba mu magambo gusa. Nta gikorwa gifatika kugeza ubu kigaragaza ko hari igitutu gishyizwe kuri Kagame n’abamukurikiye. Nyuma y’uko Ingabire Victoire agiriye mu gihugu imbere, kuri ubu ubona hariho ubushake mu mashyaka akorera imbere mu gihugu, ariko ibikorwa byo kubatoteza, kubahohotera no kubafunga bya hato na hato, bigaragaza ko bigenda birushaho kubaca intege. Muri rusange usanga abitabiriye amashyaka ari imbere mu gihugu ( FDU ya Victoire Ingabire na PSI Imberakuri ya Ntaganda Bernard), bategereje ko habaho kubatera ingabo mu bitugu biturutse mu banyapolitki bari hanze, kugira ngo revolusiyo ifate koko intumero ikwiye. Ariko rero amacakubiri ari mu bari hanze nayo akarushaho ahubwo kuba yagaragara nk’urucantege. Hari bimenyetso nyamara bigaragaza ko amacakubiri aba mu banyapoliti ubu agenda agana iherezo.
Kugeza ubu hari hariho ikibazo gikomeye mu banyapolitiki bashaka impinduka mu Rwanda, icyo kibazo kikaba cyari gishingiye mu gutatanya imbaraga kudasobanutse. Biramahire ko ukutavuga rumwe kw’abanyapoliti kwakomezaga kudindiza ubushake bwa rubanda bwo kwibohora ubu kugenda kuvaho. N’ubwo byajyaga kuba byiza amashyaka yose abashize kugira urwego ruyahuza kandi agahurira ku mugambi umwe wo kuboza rubanda mu menyo ya FPR, ariko uko biri kose kugeza ubu bipfa kuruta ubusa. Ubwo kera wasangaga ibice bitabarika mu baharanira impinduka mu Rwanda, kugeza ubu urasanga amashyaka yaragerageje kwibumbira mu bice bibiri by’ingenzi:
a. Igice kimwe kiboneka mu banyapolitiki bashaka impinduka, ni igice nyine kigizwe n’amashyaka yibumbiye iruhande rw’uwahoze ari Ministri w’intebe w’u Rwanda, Bwana Twagiramungu Faustin. Uretse ishyaka rya Twagiramungu RDI, hari andi mashyaka ubu yiyemeje kugendera hamwe nawe mu nzira yifuje kunyura mu gutabara igihugu. Icyo umuntu abona muru rusange, ni uko icyo gice kiganjemo abantu baharaniye cyane demokarasi mu gihugu mu gihe cy’amashyaka menshi y’intangiriro ya za 90, kandi bakaba n’ubu badashaka gutezuka kuri iyo ntego. Ikindi kandi abari muri icyo gice, bazwi nk’abantu bataregwa ibyaha by’ubwicanyi bwibasiye abanyarwanda (directement). Bityo bafite amahirwe menshi yo kwemerwa cyane cyane mu maso y’abanyamahanga. Inconvenient icyo gice gifite, ni uko kirimo na none abantu bagiye bagwa mu mutego w’ubushukanyi wa FPR, ku buryo ibyo bishobora kubabera imbogamizi ikomeye yo kwemerwa n’abanyarwanda ubwabo muri rusange. Hari n’ikindi kigaragara muri icyo gice cy’abanyapolitki, ni uko basa n’abafite ubushake bwo kwitaza abandi banyapolitiki bahoze ari abayoboke ba FPR nyirizina. Impamvu yo kwishisha abo bahoze ari Inkotanyi babisobanura ko ari ukwirinda kugwa mu mutego w’inkotanyi bwa kabiri, ariko nta kimenyetso gifatika abo banyapolitki batanga cyakwemeza koko ko abahoze ari Inkotanyi batazivuyemo n’umutima wose. Uko kwishisha abahoze ari Inkotanyi ni imbogamizi ikomeye ituma abarwanya FPR badashobora kugira Front commun yo guhanganiramo nk’uko bamwe babyifuza.
b. Igice cya kabiri cy’abanyapolitiki kigizwe ahanini n’abayoboke ba FDU Inkingi iyobowe na Victiore Ingabire Umuhoza, uruhande ubu bita urwa Nkiko Nsengimana ariko rukaba rufite n’ishami rya FDU ikorera mu Rwanda ikaba yarahashinzwe na Madame Ingabire. Urwo rihande rwa FDU bivugwa ko rwiganjemo birumbivkana abahoze ari RDR, ni ukuvuga ko biganjemo cyane cyane abahoze bashyigikiye Nyakwigendera Prezida Habyarimana, tutibagiwe nabwo birumvikana n’abayoboke bashya ubu bari mu gihugu imbere. Abo bagize uruhande rumwe rwa FDU urwego rukorera ku mugaragaro mu gihugu imbere byo ni nk’akarusho bafite ku yandi mashyaka akorera hanze, ibyo bikaba ari nk’imbuto nziza yaturutse ku gikorwa cy’ubutwari cya Madame Inngabire. Urwo ruhande rwa FDU rero ninarwo rwiyemeje gufatanya n’abahoze ari Inkotanyi bakazivamo babarizwa muri RNC, ibyo bikaba biteje ikibazo cy’imikoranire n’ikindi gice kimwe cy’abanyapolitiki cyavuzwe haruguru. Uko gufatanya kandi n’abahoze ari Inkotanyi kwabaye n’ intandaro y’amacakubiri yabaye muri FDU n’ubu bitoroshye kubonera umuti. Avantage ikomeye abari kuri urwo ruhande rwa FDU bafite, ni uko bashobra kugirirwa icyizere n’abanyarwanda benshi bashobora kubaha credibilite kubwo kutigera bwagwa na rimwe mu mitego y’Inkotanyi, biturutse kandi no ku butwari bumaze kwemerwa na bose bw’umuteagarugori Ingabire Umuhoza. Icyakora Inconvenient yabo nanone, ni iterwa n’ubufatanye n’abo bahoze muri FPR, ndetse bamwe nka Kayumba Nyamwasa bakaba bavugwaho ubwicanyi bwibasiye inyokomuntu. Icyakora abo ku ku ruhande rwa RNC bafatanyije na FDU, bahabwa nanone n’abantu benshi icyizere, ku mpamvu y’uko bagaragaje ko bashoboye kukangaranya FPR na Kagame kurenza abandi bose babigerageje. Ibyo bituma hari abanyarwanda batari bake biyemeje no kubabarira ibyaha byibasiye abantu baba barakoze mu myaka yashize. Ikindi kandi kwitandukanya kwabo n’Inkotanyi bahozemo bigaragara nk’ubutwari. Bazi FPR kurusha benshi bitwa ko bakoranye nayo ariko bagatandukana mu kimwaro. Bityo abo muri RNC batanga icyizere ko bashobora kwerekana uburyo nyabwo bwo guhagana n’Inkotanyi kimwe no kwirinda imitego yazo.
3. Igihe cyo gukorera politiki i Burayi nikirangire…
Hari bamwe mu barangaje imbere amashyaka ya politiki basanga iby’amashyaka bikwiye kuvaho muri Opozisiyo, abantu bagakora umutwe rukumbi wo kurwanya FPR. Abatekereza batyo cyane cyane ni abayoboye RNC, basanga gutatanya imbaraga aricyo kintu gikomeye kidindiza revolusiyo. Abayoboye RNC babivuga bahereye kuri experience yabo yo muri FPR. Kuri bo kandi FPR ntiyashoboraga kurwana ngo itsinde iyo ikiba ikirangwa n’amashyaka anyuranye. Icyo umutu yakwibaza kuri iyi position ni iki : Ese koko RPF hari ahantu ishobora kubera urugero abantu ? Ibyo aribyo byose abayoboye RNC bavuga ibyo, babivuga bazi icyo bahereyeho : Kunga ubumwe butajegajega niyo ntandaro yo kugira imbaraga. Gutatanya imbaraga buri wese akurura yishyira ntibishobora kugeza abibohora ku ntego. Byanze bikunze rero amashyaka arwanya FPR afite defi ikomeye yo kugera ku bumwe, byaba biyananiye revolusiyo iteganwa ikaba ipfubye.
Byagenda bite rero kugira ngo habeho ubumwe hatiyibagijwe amashyaka abantu bibumbiyemo bakomeza kugaragaza ko amashyaka menshi ariyo nkingi ya demokarasi ? Inama zaratanzwe kenshi z’uburyo ubumwe bushobora kubaho amashyaka atirangagijwe. Muri Oposizisiyo hagombye kubaho Gouvernement parallère kuri FPR, iyo ikaba ishinzwe revolusiyo mu gusubiza igihugu n’abanegihugu ukwishyira ukizana. Comite de salut national na Conseil national de Transition n’ibindi bisa nk’ibyo byagiye bibaho mu bihugu byinshi bikora revolusiyo ariko hatirengagijwe amashyaka menshi. Inama ngarukiragihugu ishyirwaho ihagarariwemo n’abayoboye Societe civile kimwe n’abahagarariye amashyaka. Kugira ngo Demokorasi itabangamirwa, habaho amatora ari muri transparence, abo bahagarariye imiryango n’amashyaka bagatora umuyobozi wa politki, uyu nawe agashyiraho abafasha be, bakarangaza revolusiyo imbere ariko bagenzurwa cyane n’ Inama yabashyizeho. Abagize inama nkuru kandi bashishikariza abo bahagarariye kwitabira amabwirza y’abayobozi agenga revolusiyo. Ni igikorwa nk’iki nk’uko byakunze kuganirwaho gikwiye mu gushyira mu bikorwa revolusiyo nyarwanda.
Aha ngaha bikumvikana ko hamaze kubaho organisation nziza, igihe cyo gukorera politiki i Burayi cyagombye guhita kirangira. Ntabwo abayoboye bakwizeza abaturage kubafasha mu gihe baba bakicaye i Burayi aho bari mu Buhungiro. Ubuyobozi bwashyirwaho bugomba byanze bikunze kuba hafi y’abaturage, kuko nta revolusiyo ikorerwa ikantarange ibyo ntaho byigeze biba. Birasaba rero ko hatorwa abayobozi ba revolusiyo barangwa koko n’ubwitange, ku buryo batatinya kujya hafi y’abo basabwa gufasha kwibohora.
Umwanzuro
Abanyarwanda bakomeje kwihangana cyane, bagira bati none hazaboneka uburyo bwo kumvisha izi nkotanyi ko zakunamura icumu zigaha amahoro abanyagihugu. Ntako batagize abanyapolitiki banyuranye, ndetse bageze n’aho kwemera gutukwa n’abasangiragihugu babashinja ubugambanyi. Abagerageje bose byarabananiye. FPR ni inyeshyamba zakomeje kuba inyeshyamba zigeze ku butegetsi. Bimaze kugaragaza ko nta bushake Kagame n’abo ayoboye bafite bwo kureka amategeko ya kinyeshyamba ngo bahe abaturage amahoro n’uburenganzira bwabo. Nta kindi gikwiye rero gukorwa uretse kubavana ku izima. Ibyageragejwe byose byaranze, ikimenyetso kaminuza ni uguhohoterwa k’umutegarugori uzira akarengane ariwe Victoire Ingabire Umuhoza. Igihe rero cy’imbabazi gikwiye kurangira haba kubari muri FPR, haba ku biyemeje gukomeza kuyitiza umurindi. Uwumva FPR ari icyama cy’umukiro nagumane nayo arwanyirizwe hamwe nayo. Uwo azihanganire kunywa ku gikombe cyayo kuko agomba kurwanyirizwa hamwe n’icyo yahisemo, ni ukuvuga FPR ye. Uwabashije ubu kandi kuva mu nzara za FPR, akaba yarananiranywe nayo, niyakirwe mu bandi biyemeje guhangana, ababarirwe ukwibeshya kwe mu gihe cyashize. Ariko habeho kuva ubu guca umurongo ntarengwa no gusinya amasezerano yo kutazongera kugwa mu mutego wa FPR ukundi. Udahindutse muri iki gihe, yaba mu ngabo za FPR cyangwa se mu bandi bayifasha mu bikorwa byayo by’urukozasoni, yitegure kurwanyirizrwa hamwe nayo, kuko nyine revolusiyo ntawe ugomba kuyitatira, kuko aba ari bushake bwa rubanda buri gushyirwa mu bikorwa. Igihe kije rero si icyo guhereza FPR indabo, ahubwo igihe kije ni icyo kuyibwira ururimi rwumvikana hakoreshejwe n’uburyo ubwayo yahisemo (battre l’ennemi par ses propres armes).
Imana ifashe u Rwanda n’Abanyarwanda b’umutima.
Luc Benimigisha | [
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"sag_Latn"
] | allowed | 686b4da46522d98e7f53b7e402ce032a | keep | [] | [
5,
4.1,
10,
10,
10,
10,
10,
7,
10
] |
./WIDE-20121018060402-crawl410/WIDE-20121018065754-02371.warc.gz | 373,128,077 | 10,767 | 49,256 | http://umuseke.com/?p=2886 | text/html | 2012-10-18T07:29:16 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] | [
0.995,
0.0051,
0
] | Asamoah Gyan yongeye kwereka isi n’Ubwongereza ko ashoboye gutaha izamu
Ubwongereza 1 Ghana 1 mu mukino wa gishuti kuri stade Wembley
Mu mukino waraye uhuje ubwongereza na Ghana mu ijoro ryo kuwa kabiri tariki 29 Werurwe, warangiye amakipe yombi aguye miswi anganyije igitego kimwe kuri kimwe. Igitego cya Ghana kikaba cyatsinzwe na Asamoah Gyan mu munota y’inyongera, naho ubwongereza bwatsindiwe na Andy Caroll ku munota wa 43.
Photo : Gyan Assamoah wa Ghana (internet)
Uyu mukino wari wabanje kuvugisha abantu benshi, kuruhande rwa Ghana bari bagaragaje ko batishimiye kuba umutoza Capello w’Ubwongereza yari yaruhukije benshi mu bakinnyi babanza mu kibuga nka John Terry, Frank Lampard, Wayne Rooney n’abandi.
Ku rundi ruhande ikipe ya Ghana nayo ntiyakinishije bamwe mu bikonyozi nka Michael Essien wari wiyambariye ikoti yicaye mu bafana.
Umukino muri rusange ukaba warimo ishyaka ryinshi cyane ku bakinnyi b’Ubwongereza bari abasimbura bityo bakaba bashakaga kwereka umutoza ko na bo bashoboye akazi.
Abasore b’umutoza Stevanovic utoza Ghana, bo bashakaga kwereka Abongereza ndetse n’isi ko Africa ifite ruhago ndetse ko bakwiye umwanya wa mbere muri Africa bashyizweho na FIFA mu rutonde ruherutse.
Ikipe y’Ubwongereza ikoresheje abakinnyi nka ba Wilshire, Ashley Young na Michael Dowson yaje kwataka bikomeye Ghana mu gice cya mbere cy’umukino. Ghana yo yakoresheje kujya isubira inyuma ariko ikanyuzamo igasatira. Mu minota ya nyuma y’igice cya mbere umukinnyi Andy Carrol ukinira Liverpool ubusanzwe yaje kubyitwaramo neza ashyira umupira mu rushundura, ku mupira yari arekewe n’umukinnyi Dowson. Igice cya mbere cyarangiye ari icyo kimwe ku busa.
Igice cya kabiri Ghana yaje gusimbuza Muntari, maze ishyiramo Ayew Dédé wongereye imbaraga mu bakinnyi bakina hagati. Icyari kigamijwe kikaba kwari ugushaka igitego byanze bikunze nyamara umuzamu Joe Heart ababera ibamba.
Iminota isanzwe yaje kura ngira igitego ari cya kimwe cy’ubwongereza. Ku munota wa 91 nibwo Asamoah Gyan ukina aho mu Bwongereza mu ikipe ya Sunderland yahagurukije abafana ba Ghana batari bake muri stade Wembley yishyura igitego bari batsinzwe maze umukino urangira utyo Ubwongereza 1 Ghana 1.
Asamoah nyuma yo guhusha penaliti yari gutuma Ghana ijya muri kimwe cya kabiri cy’igikombe cy’isi, Abanyagana n’Abanyafirika bakababara iri joro abahojeje amarira barize n’ubwo hari mu mukino wa gishuti.
Mu yindi mikino yaraye ibaye dore uko batsindanye:
China3 – 0 Honduras
Jordan 1 – 1 Korea DPR
Oman2 – 1Tunisia
Nigeria3 – 0Kenya
Qatar1 – 1Russia
Iraq0 – 1Kuwait
Chile2 – 0Colombia
Germany1 – 2Australia
Rep. of Ireland2 – 3Uruguay
Ukraine0 – 2Italy
England1 – 1Ghana
France 0 – 0Croatia
Portugal2 – 0Finland
Ange Eric
Umuseke.com | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"lug_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"ace_Latn",
"ind_Latn",
"bjn_Latn",
"swh_Latn",
"ita_Latn",
"zsm_Latn",
"grn_Latn",
"nya_Latn",
"nus_Latn",
"zul_Latn",
"swh_Latn",
"eng_Latn",
"swe_Latn",
"swe_Latn",
"cat_Latn"
] | allowed | fae82042d0081830eb00048ef69d0138 | keep | [] | [
6.9,
8.2,
10,
10,
10,
10,
10,
3,
0
] |
./WIDE-20121018060402-crawl410/WIDE-20121018065754-02371.warc.gz | 535,426,149 | 10,405 | 48,842 | http://umuseke.com/?p=2869 | text/html | 2012-10-18T07:46:42 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] | [
0.9885,
0.0115,
0
] | Mu kwezi k’Ukuboza 2010 ubwo Umukinnyi Uzamukunda Elias bita Babby yari mu Rwanda mu kiruhuko yatangarije itangazamakuru ko hari amakipe yo mu bwongereza ari kumushakisha harimo Manchetser United, Tothenham Hotspurs, Liverpool na Blackburn Lovers
Nyuma y’umukino wahuzaga u Rwanda n’u Burundi ejo bundi i Kigali, uyu umukinnyi wa AS Cannes yo mu cyiciro cya 3 mu bufaransa aganira n’Umuseke.com yashimangiye ko aya makipe akomeje kumwifuza dore ko yananyarukiyeyo mu kwezi kwa 12 k’umwaka ushize ajya gukorayo amageragezwa. Akaba yaragize ati:”Tothenham niyo numva nishakira.”
Umva ikiganiro kigufi yagiranye n’umuseke.com
Uyu mukinnyi aramutse ahiriwe akajya mu gihugu cy’ubwongereza nk’uko nawe abyifuza yaba abaye umukinnyi wa mbere w’umunyarwanda uciye agahigo ko gukina muri shampiyona ikomeye ku mugabane w’uburayi dore ko uwari ugiye kubigeraho ari Jimmy GATETE wari ugiye kugurwa n’ikipe ya Espagnol Barcelone hagati ya 1998 na 1999 ubwo yakinaga mu cyiciro cya gatatu mu Buholandi.
Tuyishimire Fabrice
Umuseke.com
ntaho yenda kujya nugukanga, hariya hakina byibura uvuye mu bihugu 70 byambere kwisi, u rwanda ruri mu majana none ngo courage! Wimushuka ntashema mbonye aha u rwanda
courage babby, aho ugeze ni aho gushimwa dore ko benshi mubo mwatangiranye umukino wa ruhago ntaho baragera, none wowe ukaba ubashije kugera aho, courage vraiment, kandi ukomeze witware neza, uri guhesha igihugu ishema. | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"eus_Latn",
"cat_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn"
] | allowed | 66fe0a3b25e4d52da9b913da232b73bb | keep | [] | [
6.6,
8,
10,
10,
10,
10,
10,
2,
0
] |
./WIDE-20121029035848-crawl429/WIDE-20121029040439-05780.warc.gz | 483,641,342 | 7,240 | 25,577 | http://umuhinzi.com/2012/07/rwanda-ngororero-umurengewabwirawashyizeimbaraga-mu-guhingakawa/ | text/html | 2012-10-29T04:24:22 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] | [
0.6627,
0.3351,
0.0011
] | Rwanda | Ngororero: UmurengewaBwirawashyizeimbaraga mu guhingakawa
Bitewen’imitererey’akarerekaNgororero, burimurengemuri 13 ikagizeusangaigiyeifiteumwiharikow’igihingwakiherakurushaibindibityougasangaabaturagebayituyebashyiraimbaragamuriibyobihingwa.
UmurengewaBwiraniumwemumirengeifiteubutakaburangwamo no kugiraamabuyemenshikuburyoigihecy’izubaibihingwabyinshibyumishwan’ubushyuhebuyaturukamo. Kuriubu, uyumurengeukabawarafashegahundayokongeraimbaraga mu guhingaKawakukongoiheranezakandiikihanganiraubwobutakakumisoziigizeuwomurenge.
Nkukoumunyamabanganshingwabikorwaw’uyumurenge bwana Kavange Jean d’Amourabivuga, ngoguhingakawakubutakabuhujwebizafashaabaturagekububyazaumusaruro, kandibikoroherezan’abashinzweubuhinzi mu gukurikiranaicyogihingwabigaragarakoarikimwe mu byakemuraikibazocy’ubukenebw’abatuyeuyumurenge, bivugwakoariwoukennyekurushaindiyoseyomuri aka karere.
NkukoKavangeabivuga, ngonyumayokubonakoabaturagebafiteikibazocyokutezakuberaguhinga mu kajagarikandibagahingaibihingwabitihanganiraubutakabwahobatuye, bahisemokubakanguriragahundayokwegeranyaubutaka no kugishainamaabashinzweubuhinzikugirangobabahitiremoigihingwakijyanyen’ubutakabafiteibibikabaaribyobyatumyebamwebiyemezaguhingakawa.
NubwoakarerekaNgororerokatari mu dufitekawanyinshi mu Rwanda, amakoperativey’abahinzibakawabomuri aka karerenkaMatyazo Coffee ikorera mu murengewamatyazondetsen’indiikorera mu murengewaHindiroikunzekwegukanaibikombe mu gutunganyakawanzizakurwegorw’igihugundetseububakababagezekure mu bukungu, ibibikabaaribyobihaikizere aba baturagebo mu murengewaBwira.Murirusangekungengoy’imariy’umwakaushize, akarerekaNgororerokakabakarateyekawakubusobungananahegitarizisaga 130.
Shortlink: | [
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"eng_Latn"
] | allowed | f8cae6390d4213edce7b898496673861 | keep | [] | [
5.7,
6.8,
10,
10,
10,
10,
10,
3,
0
] |
./WIDE-20121025084756-crawl410/WIDE-20121025100655-03599.warc.gz | 388,187,235 | 10,807 | 49,547 | http://umuseke.com/?p=45006 | text/html | 2012-10-25T10:35:30 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] | [
0.9952,
0.0048,
0
] | Oscar dos Santos Emboaba Júnior umusore w’imyaka 21 Chelsea yaguze mu minsi ishize, mu gihe cy’iminota itatu yari amaze guha itsinzi ikipe ya Chelsea ku bitego bibiri by’amashoti akomeye, ku mikino bakinaga na Juventus i Londres kuri uyu wa 19 Nzeri 2012.
Muri uyu mukino wo mu itsinda E rya UEFA Champions Ligue, ikipeya Chelsea yari izi neza ko yakiriye ikipe yamaze imikino 42 idatsindwa muri shampionat yayo, yasabwaga ubwitonzi n’ingufu nyinshi mu kuyihangamura.
Ku munota wa 31 Oscar yahawe neza na Eden Hazard arekura ishoti umuzamu w’inararibonye Gianluigi Boffon atabashije gufata. Nyuma y’iminoya ibiri kuwa 33 yaherejwe nanone na Ashley Cole uyu musore muto acengana ubuhanga butangaje ba myugariro babiri ba Juve yongera gutera umupira mu mfuruka ya ruguru y’izamu rya Buffon aho atashyikiriye.
Ibi bitego byasaga n’impamba nziza kuri Chelsea, ariko umukino wari utararangira kuko ku munota wa 38 Arturo Vidal wari umaze gutsikira yarekuriye ishoti hanze y’urubuga rw’amahina umuzamu Petr Chech ntabashe kuwuvanamo, bajya kuruhuka ari 2 – 1.
Mu gice cya kabiri, ikipe ya Chelsea yagerageje gushaka ibitego ibinyujije kuri Torres na Hazard ariko ntibyashoboka.
Ahubwo ku munota wa 80, ku ikosa ryo guhagarara nabi kwa John Terry, Pirlo yasunikiye umupira Fabio Quagliarella maze atera neza umupira waciye hagati y’amaguru ya Petr Chech biba bibaye 2 – 2 ari nako uyu mukino warangiye.
Nyuma y’uyu mukino, umutoza Roberto Di Matteo wa Chelsea yagaye cyane umusifuzi wo muri Portugal Pedro Proenca kuba yimye Chelsea penaliti ubwo yugariro Leonardo Bonucci yasunikaga Eden Hazard mu rubuga rw’amahina.
Indi mikino mu matsinda uko yagenze:
Intsinda E
Chelsea 2 – 2 Juventus
Shakhtar Donetsk 2 – 0 FC Nordsjaelland
Itsinda F
Bayern Munich 2 – 1 Valencia
Lille 1 – 3 BATE Borisov
Itsinda G
Barcelona 3 – 2 Spartak Moscow
Celtic 0 – 0 Benfica
Itsinda H
Braga 0 – 2 CFR Cluj
Manchester U. 1 – 0 Galatasaray
UMUSEKE.COM
Uyu mutype ararenze! Oyee! Blues!!! | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sot_Latn",
"swh_Latn",
"swh_Latn",
"kin_Latn",
"swh_Latn",
"ron_Latn",
"run_Latn",
"swh_Latn",
"swh_Latn",
"kin_Latn",
"glg_Latn",
"som_Latn",
"cat_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | 2f5a0006c27b7a9a807f7666838de0ce | keep | [] | [
7.4,
9.3,
10,
10,
10,
9.8,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121205173829-crawl410/WIDE-20121205194258-06129.warc.gz | 889,692,886 | 9,406 | 32,755 | http://www.therwandan.com/ki/perezida-kagame-yasobotse-mu-nama-igihe-ministre-wububanyi-namahanga-wu-bubiligi-yari-afashe-ijambo/ | text/html | 2012-12-06T02:13:36 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] | [
0.9572,
0.0428,
0
] | Perezida Kagame yasobotse mu nama igihe Ministre w’ububanyi n’amahanga w’u Bubiligi yari afashe ijambo.
Inama yigaga kuri Afrika yo hagati yabaye kuri uyu wa kane tariki 27 Nzeli 2012 , yarimo ibihugu bigera kuri 30 yarimo n’umunyamabanga mukuru wa ONU, Bwana Ban Ki Moon, Perezida Kabila, Perezida Kagame, iyo nama yaberaga mu muhezo ariko umwe mu bari muri iyo nama yabwiye ibiro ntaramakuru by’abafaransa AFP ko ba Perezida Kabila na Kagame banze kuva kw’izima, Kabila akomeje kwemeza ko ibibazo by’igihugu cye bituruka ku batera igihugu cye bava hanze, naho Kagame ngo ntashaka ko u Rwanda rukomeza kugirwa urwitwazo mu kibazo cya Congo.
Iyo nama isa nk’aho ntacyo yagezeho ndetse na Perezida Kagame yahise asohoka mu nama igihe Ministre w’ububanyi n’amahanga Didier Reynders yafataga ijambo akavuga ku ruhare rw’u Rwanda mu gufasha M23, uretse ko ku ruhande rw’u Rwanda bavuze ko bitagomba gufatwa n’ikibazo cya diplomasi kuko Perezida Kagame yasohotse kubera ko yari afite gahunda yihutirwa. (umuntu akibaza gahunda yihutirwa yari afite iruta iyo nama yarimo, iri mu byari byamuzanye i New York). Ministre Reynders yatangaje kandi ko abona abategetsi b’u Rwanda nta bushake bwa politiki bafite yongeraho ko kandi ikibazo cy’inyeshyamba za M23 kidashobora gukemuka u Rwanda rutabigizemo uruhare rugaragara. Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu Human Rigths Watch wo uvuga ko iyo nama ntacyo yagezeho. Ngo mu gihe ikibazo nyamukuru aricyo inkunga u Rwanda ruha M23 kitarakemuka ngo abaturage ba Congo bazakomeza kuba mu kangaratete.
Perezida Kabila we mu ijambo yavuze mu nteko rusange y’umuryango w’abibumbye, yatangaje ko igihugu cya Congo kibanye neza n’ibihugu by’abaturanyi uretse u Rwanda, yari yanatangaje ko nta kizere afite ko inama yagombaga kwiga ku kibazo cya Congo izagira icyo igeraho. Kandi Perezida Kabila yongeye kurega u Rwanda gutera inkunga inyeshyamba za M23.
Ministre w’intebe w’u Bubiligi Bwana Elio Di Rupo mu ijambo yavugiye mu nteko rusange y’umuryango w’abibumbye yasabye ubusugire bw’igihugu cya Congo bugomba kubahwa. Yasabye ko ibindi bihugu bitakwirengagiza ikibazo cya Congo, ngo igihugu cye gihangayikishijwe n’ibibera muri Congo ngo birenze urugero s’ibyo kwihanganira. Arasaba ko ibihugu byo mu karere byakwigira hamwe uburyo haboneka umuti urambye w’ibibazo byo mu karere k’ibiyaga bigari babihereye mu mizi. Yahamagariye kandi abayobozi b’u Rwanda na Congo kumvikana bagakemura ikibazo cyo mu burasirazuba bwa Congo.
Ubu hari impuguke z’umuryango w’abibumbye zirimo gutegura ikindi cyegeranyo kizashyikirizwa akanama k’umuryango w’abibumbye gashinzwe ibihano mu kwezi k’Ugushyingo 2012.
Ku ya 25 Nzeli 2012, Mu nama Perezida Kabila na Perezida Kagame bagiranye n’umunyamabanga w’Amerika, Hillary Clinton, yabasabye kumvika ku bibazo bibashyamiranije mu nzira ya politiki. Ariko yongeraho ko igisubizo cyose cy’ikibazo cyo muri Congo kigomba kujyana n’ishyikirizwa ry’ubutabera abayobozi b’inyeshyamba za M23 n’uko u Rwanda na Congo buri gihugu cyakubaha ubusugire bw’ikindi.
Ubwanditsi | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn"
] | allowed | b47d825e10c67475f59248189bcc4e7c | keep | [] | [
5.8,
7,
10,
10,
9.6,
10,
10,
4,
0
] |
./WIDE-20121106043042-crawl338/WIDE-20121106052424-06757.warc.gz | 222,623,531 | 14,541 | 54,936 | http://rwandinfo.com/kinya/ | text/html | 2012-11-06T05:37:31 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] | [
0.8059,
0.1941,
0
] | Igipolisi cya Leta ya FPR-Inkotanyi gihanganye bikomeye n’abaturage ku buryo rimwe na rimwe haba gukozanyaho
Mu gihe mu minsi yashize mu karere ka Kayonza intara y’Uburasirazuba havuzwe itana mu mitwe ry’igipolisi cya Kagame n’abaturage bafite amasambu yacukurwagamo amabuye y’agaciro bikaza kuviramo bamwe muri abo baturage gukubitwa abandi bagafungwa, ubu noneho umukino usa n’umaze guhindura isura kuko usibye n’abaturage n’abatwara za moto ubu ngo rurageretse aho barwana n’abapolisi buri munsi babaziza ko babibasira ngo bakaba bababuza guhahira imiryango yabo babaka za ruswa bakwanga kuzitanga bakabaca amafaranga y’umurengera byanarimba na moto zabo bakazitwara polisi ikazifunga.Usibye iyi ntambara iri mu bamotari n’abapolisi ariko haranavugwa ihohoterwa rikabije polisi ikomeje gukorera abaturage.
Mu nkuru irambuye kuri iyi ntambara turavuga gusa ku baturage bamaze iminsi bicwa na polisi, abahigwa bukware kubera ubucuruzi bakora FPR idafitemo inyungu hamwe n’intambara imaze iminsi hagati ya polisi yo mu muhanda n’abamotari.
Abaturage bagenda bicwa na polisi ariko ni nk’ibya wa mwana uri iwabo uvuna umuheha akongezwa undi
Ku byerekeye iby’abaturage bamaze iminsi bicwa na polisi mu ijoro ryo kuwa 20 Kamena 2012, mu mudugudu waSabuhoro, Akagali ka Remera, Umurenge wa Kiyumba, Akarere ka Muhanga ahahoze hitwa Nyabikenke, Mumajyepfo, ahagana mu ma saa sita z’ijoro, umusaza witwaNzabagerageza Alexandreyarashwe isasu mu mugongo rihinguranya umutima ahita apfa. Igitangaje ni uko uyu musaza w’imyaka 70 bamutsinze mu muryango w’inzu ye. Muri ririya joro uriya musaza yumvise abantu bagendaga hafi y’urugo rwe agirango ni abajura bashakaga kumwibira inka ye arabyuka ajya kureba mu kiraro asanga inka irahari, mu gihe asubiye mu nzu isasu riba ryamufashe mu mugongo yitura hasi bahakura umurambo. Abamurashe bakaba ari abarinda ibinombe by’amabuye ya colta biri hafi aho.
Mu ijoro ryo kuwa kabiri taliki 3 Nyakanga 2012, mu Murenge wa Kigoma, Akarere kaHuye, mu ma saa tanu z’ijoro abapolisi barashe umusaza n’umuhungu wabo barabica. Ibi bikaba byarabaye nyuma y’uko bageze iwe ku manywa kumureba basanga adahari baza kugaruka mu ijoro, umuhungu wabo amubwira ko adasohoka nijoro ko abamushaka bazaza kumureba ku manywa. Abapolis bakoze uko bashoboye bagera kuri wa muhungu we baramurasa agwa aho. Umusaza se wabo yumvise urusaku rw’amasasu arabyuka ariruka na we bamutsinda hanze ahunga. Ngibyo iby’inzego zitwa ko zishinzwe umutekano zirimo gukorera abaturage.
Niyodusenga Phocas, wari utuye mumudugudu wa Ryarurima, Akagali kaNdongozi,mu Murenge wa Cyeru Akarere ka Burera mu ntara y’Amajyaruguruyafashwe na polisi imushinja gucuruza ibiyobyabwenge(kanyanga n’urumogi) ijya kumufunga nyuma iza kugarura umurambo! Kugeza mugitondo cyo kuwa 30 Ukwakira 2012 abaturage bo muri uwo mudugudu bari banze kumushyingura polisi itarababwira icyo yazize!Guverineri Bosenibamwe Aimé abajijwe iby’urwo rupfu yasubije ko yazize uburwayi bwa asima muri kasho. Ikizwi ariko ni uko muri za kasho za polisi aho ziri hose mu Rwanda bakubita imfungwa ku buryo hari n’abahacumbikirwa batabasha kugenda cyangwa guhaguruka kubera inkoni.
Ibi bibaye nyuma y’uko mu karere ka Gisagara intara y’Amajyepfo mu mwaka ushize haguye abatagira ingano bicwa n’abantu batazwi babarashe ariko urebye imfu z’aba tumaze kuvuga ntiwashidikanya ko bishwe n’izi nzego za polisi bigaragara ko zimereye nabi abaturage.
Abacuruza mu buryo butemewe na FPR bahura n’ibibazo bikomeye birimo no gufatwa bagafungwa bakanamburwa utwabo
Ibyerekeye abacuruza mu buryo FPR itemera itanihanganira kubera ko muri ubwo bucuruzi ntacyo ibakuraho twavuga abagendana utuntu dutandukanye bagurisha hirya no hino mu mujyi wa Kigali no mu nkengero zawo. Aba bantu barimo abasore, abadamu n’abakobwa akenshi nibo ukunze guhura nabo bacuruza utuntu baba baranguye. Utwo tuntu bacuruza usanga cyane cyane ari imyenda y’amoko anyuranye harimo n’ibiryamirwa, inkweto, amadakoshi y’abadamu, udukoresho tw’ibanze two mu rugo n’ibindi. Abadamu nanone usanga muri ubwo bucuruzi bagurisha imboga n’imbuto. Iyo ubajije aba bantu bakubwira ko ikibazo bafite ari ikibazo cy’imibereho igoranye kandi abenshi ngo baba bafite n’imiryango batunze. Ngo ntibashobora kwiba ahubwo bagahitamo kurangura utuntu twa make bakaducuruza bityo ngo bakabona ayo gutunga imiryango yabo. Banavuga ko ubushobozi bafite budashobora gutuma babona ibibanza byo gucururizamo kuko ibyo bibanza ngo biba bihenda cyane emwe n’ayo baba bacuruza (babyita kuzunguza) ngo ntiyanariha n’icyo kibanza nibura ukwezi kumwe.
Aba bacuruzi bivugwa ko bazunguza rero bahura n’akaga katoroshye kuko iyo bacakiranye n’abapolisi rurambikana ku buryo usanga mu bucuruzi bwabo ari ukwirirwa biruka bakkwepana na polisi ariko ingorane ubu bafite ni uko uturere twose tw’umujyi wa Kigali twashyizeho imodoka za gisivili zigendwamo n’abapolisi nabo bambaye gisivili ku buryo aba bacuruzi bajya kubona bakabona bisanze mu maboko ya polisi batazi uko byagenze dore ko hari n’aho abo bapolisi baba bagendagenda mu kavuyo k’abaturage bacunga aho abo bacuruzi baherereye. Iyo bafashwe rero baruhukirizwa kwa Kabuga i Gikondo aho bafungirwa ku buryo gusohokayo biba ari ikibazo gikomeye cyane. Ibyo bacuruza barabyamburwa abapolisi bakabigabagabana ndetse n’abafite udufaranga baba bacuruje ntibadusubizwa ariko ngo ugize amahirwe yo kuvamo ntacyo yirirwa abaza asubira gutangira bundi bushya yifashishije bagenzi be baba basigaye hanze bakamuguriza akongera agatangira.
Ikibabaje hano ariko ni uburyo aba bapolisi bajyana abantu kwa Kabuga batitaye ku miryango yabo ku buryo hari bamwe mu bakora uyu murimo badutangarije ko hari umudamu bigeze gutwara arabatakambira ngo bamureke ajye kureba abana be dore ko ngo iyo yajyaga kuzunguza yasigaga abafungiranye mu nzu kuko bari bato akabafungurira atashye. Ibyago rero ni uko abo bana babuze kivurira bagapfira mu nzu kugeza aho umunuko utangiriye abagenzi. Nk’aya mahano yakagombye kuryozwa polisi ariko kuko mu Rwanda ntawe ukorora cyangwa ngo acire abo bibayeho bahitamo kuruca bakarumira bagapfira muri Nyagasani bikarangira.
Abapolisi n’abamotari nabo kuri ubu rurageretse
Kuri iki gihe kuvuga umupolisi n’umumotari ni nko kuvuga umukino w’injangwe n’imbeba. Polisi yakwirakwije abapolisi hirya no hino mu mihanda cyane cyane mu mujyi wa Kigali aho aba bapolisi bageza ubwo bashinda bariyeri bagafata buri mumotari wese utambutse ku buryo abensho baba badashobora kurenga iyo bariyeri. Twabajije abamotari icyo abo bapolisi bashingiraho kugirango umumotari yamburwe moto ye ijyanwe ku gipolisi gufungirwayo iminsi mirongo itatu badutangariza ko nabo ubwabo batazi igishingirwaho ahubwo babona gusa bafatwa banafite ibya ngombwa byose ndetse ariko ngo kuba bapakira moto akenshi ni igihe umumotari aba yashatse kwigira kagarara ntatange bitanu naho ubundi ngo iyo umupolisi agutangiriye uri umumotari ugomba guhita wibwiriza ukarambura inoti y’umutuku ukabona gutambuka. Tubaza abamotari impamvu y’iri higwa rikomeye risa n’irigamije kubaca mu mihanda badutangarije ko ngo abapolisi bafite amafaranga baba bagomba kwinjiza mu isanduku ya polisi buri munsi ku buryo ngo ayo mafaranga iyo ataraboneka abamotari baba bagowe.
Nyamara iyo urebye imibanire y’abapolisi n’abamotari usanga atari myiza na gato kuko hari nk’aho umumotari aherutse kwivugana umupolisi wari waramwogogoje amuca amafaranga uko amubonye bituma umumotari ashaka uko yamwivuna maze rimwe amuhagaritse nk’uko bisanzwe ngo amupfumbatishe imituku, umumotari aho kumupfumbatisha yasabye imbabazi avuga ko noneho ntacyo yari yabona ariko umupolisi aragarama amusaba guparika moto yen go ize gupakizwa pandagari, umumotari yayiparitse kuruhande ajya kugura umupanga arawutyaza agaruka yarubiye maze umupolisi aba arakabonye abantu barumirwa. Si uyu gusa kandi kuko mu minsi yashize ahitwa Nyabugogo hakunze guhora abapolisi naho umumotari aherutse kuhakubitira batatu ivumbi riratumuka. Icyaje gutangaza ni uburyo abaturage bhuruye baje kureba ibibaye bagatangira nabo kwegera ba bapolisi bashaka gufasha wa mumotari kwivuna abo bahungu ba Kagame.
Ibi biragaragaza ko abaturage bamaze kurambirwa ibibi bakorerwa n’inzego z’umutekano za Kagame cyane cyane iza gipolisi ku buryo basigaye bagenda bidoga ko niba polisi idahinduye ingendo hashobora kuzavuka intambara hagati y’abaturage n’abitwa ko bashinzwe umutekano cyane cyane abapolisi ku buryo bishobora kuzaruhanya kuzimya uwo muriro.
Source: Rwanda in Liberation Process | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"eng_Latn"
] | allowed | 8fde5ecd8794e0b3cf21043e86cfce49 | keep | [] | [
5,
4.6,
10,
10,
10,
10,
10,
5,
8.2
] |
./WIDE-20121113085753-crawl421/WIDE-20121113101600-00029.warc.gz | 803,994,541 | 4,482 | 13,015 | http://www.ferwafa.rw/competitions/first-division/2555-as-kigali-ku-mwanya-wa-mbere-nyuma-yo-gutsinda-rayon-sport | text/html | 2012-11-13T11:03:03 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"tum_Latn"
] | [
0.9845,
0.0155,
0
] | AS Kigali ku mwanya wa mbere nyuma yo gutsinda Rayon Sport
- Wednesday, 26 September 2012
- Written by Webmaster
AS Kigali yazamutse ku mwanya wa mbere muri shampiyona nyuma yo gutsinda Rayon Sport ibitego 3-1 ku mukino w’umunsi wa kabiri wa shampiyona wabereye kuri stade ya Kigali i Nyamirambo ku wa gatatu tariki 26/09/2012.
Ibitego byatsinzwe na Sylva Ochaya ku munota wa 10, Jimmy Mbaraga ku munota wa 29 hamwe n’igitego cy’itsinzwe na Idd Nshimiyimana byafashije AS Kigali kuzamuka ku mwanya wa mbere n’amanota 6 n’ibitego byinshi byatsinzwe kurusha APR hamwe na APR zose zifite amanota 6.
Igitego cya Rayon Sport cyatsinzwe na Leandre Sekamana ku munota wa 62. Rayon Sport ubu iri ku mwanya wa 13 nyuma y’uko itsinzwe imikino yikurikiranye.
Dore uko imikino yose yo ku munsi wa kabiri yagenze;
25/09/2012
AS Muhanga 0-2 APR
26/09/2012
AS Kigali 3-1 Rayon Sport
Musanze 1-0 Etincelles
Espoir 1-0 Isonga
Amagaju 0-1 SC Kiyovu
La Jeunesse 1-1 Mukura
Marines 0-1 Police | [
"run_Latn",
"eng_Latn",
"eng_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"unk",
"taq_Latn",
"unk",
"crh_Latn",
"kmb_Latn",
"fra_Latn",
"kin_Latn",
"fra_Latn",
"eng_Latn"
] | allowed | f58cc6ca89e9f3000092298051be4b56 | keep | [] | [
6.1,
9.3,
10,
10,
9.6,
8.5,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121025061427-crawl425/WIDE-20121025071934-03551.warc.gz | 9,004,253 | 66,204 | 226,564 | http://www.leprophete.fr/2011/06/22/kigali-itabwa-muri-yombi-ry-abakoranaga-na-kayumba-kayumba-ibikorwa-by-iterabwoba/ | text/html | 2012-10-25T07:20:05 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] | [
0.8981,
0.1019,
0
] | Source : Igihe.com
posted on Jun , 22 2011 at 07H 41min 06 sec
Polisi y’Igihugu cy’u Rwanda ifatanije n’izindi nzego zishinzwe umutekano yataye muri yombi bamwe mu bakorana na Kayumba Nyamwasa ibikorwa by’iterabwoba ubwo bari mu butumwa mu Rwanda.
Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na Polisi y’Igihugu kuri uyu wa kabiri, abatawe muri yombi barangajwe imbere na Colonel Norbert Ndererimana uzwi cyane nka Gaheza; babarizwa mu mutwe ukorera ahitwa Rutchuru muri Parike y’Igihugu ya Virunga iherereye muri Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Colonel Ndererimana yafatanywe kandi na Ramathan Sibomana, Ibrahim Niyonzima, Asifat Kansime, Emmanuel Higiro uzwi nka Kabasha ndetse na John Mutabaruka.
Nk’uko iri tangazo rikomeza ribivuga, iperereza ryagaragaje ko uyu mutwe ufitanye isano risesuye n’ibikorwa
by’iterabwoba bya Kayumba Nyamwasa. Nabo ubwabo bitangiye ubuhamya ko Kayumba na Emmanuel Habyarimana, babinyujije muri Rwanda National Congress(RNC) na Convention National des Republicains(CNR),
ari bo babaha amabwiriza yo gukora ibikorwa by’iterabwoba mu Rwanda.
Abatawe muri yombi bakomeza bavuga ko ihuriro rigari rya Kayumba Nyamwasa ryoherezaga ubufasha mu buryo
bw’amafaranga, ibikoresho ndetse na politiki, biturutse muri Uganda ndetse na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ngo batere ubwoba Abanyarwanda ndetse babe bashoza intambara imbere mu
gihugu.
Abo kandi bagaragaje imigambi bari bafite y’ibyo bikorwa by’iterabwoba ndetse n’uburyo bari kuzajya babikora baturutse mu ndiri yabo muri Congo.
Bavuga ko ibikorwa byabo by’iterabwoba byari kuzajya byibanda ahantu hateraniye abantu benshi, ububiko bw’ibikomoka kuri
peteroli, amamodoka atwara essence, abayobozi ndetse n’abahagarariye ibikorwa mpuzamahaganga n’ibihugu byabo mu Rwanda.
Iri tangazo ryavuze ko ibyo bavuze bifite ihuriro rinini n’ibyagaragajwe n’iperereza ryakozwe hanyuma rikaza kwerekana ko Kayumba Nyamwasa afite imikoranire n’indi mitwe y’iterabwoba ikorera hanze y’u Rwanda.
Polisi y’Igihugu yaboneyeho gushimira abaturage batanze amakuru yafashije mu guca intege ibi bikorwa by’iterabwoba. Yijeje Abanyarwanda umutekano usesuye ndetse ivuga ko hazakorwa ibishoboka byose, abakora ibikorwa by’iterabwoba cyane cyane abayobozi babo bazashyikirizwa ubutabera.
Ryashyizweho umukono na Supt Theos Badege
Umuvugizi wa Polisi y’Igihugu
Nanjye uriya ubanza ibumoso n'uriya uheruka iburyo ndahamya ko ari inkotanyi. Ariko iyo ndeba ibibera mu Rwatubyaye, ukuntu abantu barangwa n'ikinyoma, kubeshyerana, urukundo rw'ibintu n'amafaranga,
kwirata, etc bihita binyibutsa ibarwa ya Apostle Paul 2 Timothy 3:1-5) neza neza. Ufite amaso yo kumva niyumve, uhagaze yoye kwibeshya n'uwakekaga ko yihishe yitonde kuko nta cyahishwe kizajya
ahagaragara.
Kagame na FPR bakinye nyinshi iri kinamico ryo bararipfuye pe! Ubu koko bararebye basanga aba ari bo ba FDRL bashyira imbere y'Abanyarwanda? Ibibazo ni byose koko mu rwa Gasabo.
Ariko uyu uri kuriyifoto wagapira kubururu sumuyislam winyabisindu igitarama ko muzi cyane muri fpr nuwo muntu umurinyuma si calixte twitaga agronome wa Kanyenzoka aha imitwe iragwira nukuri uwo musilam se yavuye muri fpr lyari ahaaa mwirirwe ra.
moon,Kagome aratugerereye wa! Aliko ikibabaje ni uko atwica tureba ntihagire n'utinyuka kumutera ibuye. Biriya bya guards bye birata amabondo n'amataratara busa harya ngo bimurinzemwo iki? Mugire vuba tujye mu mihanda aturase twese, naho ubundi tuli imbwa rwose.
Rwanda ngo yaaaikanze ubumanzi maze ntiheke bayo bose, ngo Rwanda ifite aparike ndetse n'ubwiza ariko benshi bakabura inturo ndetse naho bahinga, Rwanda ninde? Uwamunyereka namusaba gusaranganya bose
akandi akabagaburira bose ntawifuza kujya hejuru ntawihimura cyangwa ngo ahimane ampaka nawe bamurashe ngo abone kurekura cyangwa anyonzwe
Mwe bakuru mubona ikinamitwe nkiri rizageza ryari koko?amaraso yamenwe atariho urubanza ko ari meshi !twese dukoze mu nyama wa.RWANDA we uwaguhingamo itabi kuko urarambiranye.
Aryishoje Kagame ka Rugambwa kandi ntazayitsinda.
Yewe nti mubabazwe n'ibintu nkibi ahubwo mukwwiriye
kubyibazaho, mukabisesengura, bikabereka icyerekezo
cyaho ingoma ya FPR igeze, aho igana ndetse n;iherezo
ryayo.
Bene data, bashiki banjye, nshuti, bakundwa: MWIHANGANE KUKO IGIHE KIRAGEZE. Il y a un temps pour tout.
Ndagingo mbaze Badege niba yarasomye ibyo yatangaje mbere y'uko bisohoka? Nabona atarabisomye neza akosore kuko kwibesya bibaho!!!Bitabaye kwibeshya,ryaba ali isyano ryaguye!
Ntukajye utukana nkuko kuko iyontabwo arimico nyarwanda nkuko wabyivugiye wewe nyine!!
Abarundi nibo bavuga ibyo nkuko wabyivugiye wewe nyine
Ariko jya ushyira ubwenge ku gihe, ukurikiranye ibitekerezo nk'umuntu wize aho guhurutura ibintu by'ibikuru bitagira umutwe n'ikibuno nk'iby'abakarani ngufu !
Reka gutukana kuko jyewe ntabwo ndiko ndatukana!!Niwe washotoye reka rero ndakubwize ukuri kugukwiriye!!Utangiye gutukana naho,njye ntarimwo ngutuka uba urimwo uriyerekana icurico!!Tuyage dutange ibitekerezo byubaka point.
Ikindi nari nibagiwe nuko Kagame amaze kuvuga ngo azarwanya abahutu bi burundi yarabikoze yoherereza inkotanyi kurwanya abahutu binyeshamba maze inkotanyi zivanga n'abasilikare baBuyoya mukurwanya abahutu babarobeli maze inyeshamba z'abahutu zirereka inkotanyi ko atacyo zishoboye.Inkotanyi zirahunga zija bujumbura bazisangayo zisubira mu rwanda maze bujumbura turayifata Buyoya asubira mu cyaro Kagame nawe yiyegereza president Nkurunziza pierre ngo yibagire ibyo yari yaravuze ko azarwanya abahutu babarundi mugabo bikamunanira!!Burya rero Kagame ntabwo dushobora kugira amahoro akiri harya i Kigali!!
Niko nyakaru...uziko atari ururimi rugoramye gusa n'ubwonko ari uko. Nk'ubu uvuze iki ??? Uziko umeze nka wa mwana w'ikigoryi bereka ukwezi akareba urutoki
Ndabona noneho uyiciye umurya!!!Ushatse kuvuga none ko nimba wewe Binego wabonye ubuhungiro muri France cangwa Usa ukaba uri intore(exemple),nabo bazahita baba nkawe kubera ibyo ukora..Ndavuze uko kuko wavuze ngo Abarundi nibo babigishije ububi bwose namwe mujya kubwigisha aba Congomani!!!Sibyo kuko abarundi ntabwo bari buzuye urwanda rwose!!!Uravuze kandi ngo Kagame muzamwifasha mwebwe nyene gusa?Sibyo kuko niba utari ubizi canke utari bwavyumve Kagame yavuze ngo hako areka abahutu bakigarurira uburundi yapfuma areka urwanda akaja kurwanya abahutu bi burundi.Nibyo rero nakubwiye ko Urwanda rudafite amahoro n'uburundi ntayo buzaronka.Kandi n'uburundi nuko.Ndabona utinya kuvuga ko wamubereye avocat ariko nibyo mbona,ukunda Kagame cyane wewe ndakurahiye
Erega nyakarundi si abantu b'umwihariko nkubwira ndavuga umuco wanyu karemano. Ndakubwira nti ibyo twabigiyeho birahagije, tuzajyanira aho. Ibisigaye muzibagire mwifashe ! Nanjye sinkunda Kagame yishe abanyarwanda benshi. Yikoze mu nda. Aho gukemura ibibazo ahubwo abyongera ubukana. Sinkunda n'abambari be yohereza imahanga kwica, gusahura no kwigarurira ubutaka. Yatwangishije amahanga yari atubaniye neza. Ubu u Rwanda ntirucana uwaka n'ubuganda, ntirucana uwaka na Tanzaniya, ibya Congo byo birenze ukwemera. Ibyo byose ni ikibara yaduteye. Siwe wenyine. Abanyarwanda banyuranye bitwaye muri Congo uko abarundi bitwaye i Rwanda. Ubu se uwavuga ko abanyarwanda twandurije abanyekongo yaba abeshye. Abantu baturereye impunzi z'abanyarwanda zitagira ingano, abahutu kimwe n'abatutsi, nyuma yaho bituwe iki ? Imihiri n'amahoro, kurongora abagore babo ku ngufu, kubasahura, kubacunaguza n'ubundi butindi batari bazi ko bunabaho. Ibi kandi babigirirwa n'abanyarwanda b'amoko yose abahutu kimwe n'abatutsi ! Ubu se ugirango iyo umunyekongo yishituye umunyarwanda ati reka kwivanga mu bibazo byacu ntaba afite ishingiro ? Maze rero nk'uko umurundi mwene wanyu Mirerekano yabivuze, mbwire gito canje gito c'undi cunvireho, nawe gesa ubw'iyo iwanyu. Kwanga Kagame, Nziza cyangwa Munyuza ntabwo bihagije ngo abantu babe umwe. Ibi ni imbonahafi nibyo byatumye abantu baba ingaruzwamuheto. Umuntu araza akigarurira igihugu, agafata umutungo wose akawusangira na bene nyina, bene igihugu bagira bati ariko se...ati ndi umuhutu, ndi umututsi, mwibagiwe ko dusangiye umwanzi umwe ariwe Umuhutu cyangwa umututsi biterwa n'ingoma igezweho. Maze ni uko sinakubwira iki umwambi uratinda abashonji bakirara mu baturanyi babo nabo baburaye bakaribata, Rwakadigi yigaramiye hariya. Ibi rero niba tutarabyumva ko guhuzwa n'umwanzi umwe ari ubugoryi, ubwo ntacyo amateka mabi yacu mabi yaba yaratumariye. Abantu bahuzwa n'umushinga. Igihuza umugore n'umugabo ni urugo bubatse, iyo rujemo kidobya rurasenyuka. Igihuza abanyarwanda ni umushinga wo kubaka u Rwanda. Si ukurangiza ibibazo bya Congo kuko bifite bene byo. Namwe abarundi muzagende mukemure ibibazo by'uburundi, nimugira amahoro ubwo natwe tuzaba tuyagize. Niba ari Kagame ubahangayitse, uwo ni ikibazo cyacu muzakiturekere. Ntituri inkeho, nta bwenge tubuze, nitwinanirwa nta wundi uzabidushoborera. Naho gukemura ibibazo by'akarere cyangwa se by'afurika yose, ngo ijya kurisha ihera ku rugo, dukemure ibyo dushinganywe nibiduhira dutangire undi mubyizi
wewe ndakweme cyane uri umunyabwenge cyane uzi ibintu nibindi rwose.
yeaah ikibazo sibyo bineko intore arimwo aravuga,ikibazo cyacu ni Kagame.Kagame agomba kubazwa ibyo yakoreye bakuru bacyu kuri universite yuburundi muri 94 yamaze abanyeshure abica.none uwo BINEGO arimwo avuga iki?
Umurundi, aha uramusubije intore. Waba uri mu Rwanda, waba uri i Burundi, uri Congo, ikibazo cy'abantu bose ni uguhagurukira rimwe bakarwanya Kagame n'intore. Ibindi bisigaye byose ni litterature.
Sha urakoze vraiment kuko ndumvise ko ufitanye ikibazo n'abarundi pole sana!!Mugabo ntuce u generalisa(generaliser)!!Ndavyumva ko habaye ibibazo mugabo rero nimba ivyo bakoze babikoze naho bariko
barivuna umwansi naho!!Nimba se mwarabatatse(attaquer) bakivuna canke nimba arinkotanyi zabateye bakazirusha inguvu wewe wumva vyari kugenda gute?Gusa jewe sinobimenya kuko nkiri muto 25ans kandi aho
narintuye ni kure y'urwanda muri Sud du Burundi kandi nurwanda ntanurwonzi ntana famille yanje yigeze ibayo mugabo ndakunda kwiyenforma kuri le passé!!Kandi mugabo ikindi nokubwira nuko nanjye
nabanye nabanyarwanda ari hanze canke mugihugu iwacu twarakurane ndazi vyinshi kuri mwe mugabo nsinshobora ku generalisa kuko ni bibi!!Ntabwo abanyarwanda bose ari babi kandi ntabwo n'abarundi bose
ari babi!!Tureke rero gufatira mukivunga kuko twebwe ntitwanka abanyarwanda,twanka umunyarwanda witwa KAGAME ni intore ze gusa!!None se nico caba kikubabaje ko tudakunda Kagame?Ndasaba umpe inyishu
ngaho!!
Niwirambire mugenzi Binego nanjye naho igituma nkurikirana amakuru y'iwanyu nuko bitumwa n'amasomo ndimwo nkurikirana!!(Science)! Hanyuma ndabona nanditse ikirundi gusa ariko ntakibazo kuko nabonye nawe uzi kucandika neza!!Ngo uwutazi umurundi amurunda munzu!!Hahaha uransekeje kuko iyo migani yariyo gutuma mubanka kandi atakibazo bagira!!
Noneho ariko si uburimi urasukiranya. Kandi nakubwiye ko amaherezo uri bumenye uko intama zambarwa. Ubwo rero wanze kwikinga inkike, igira ikambere nkubwire akari imurori. Uti nshobora kuba ndi
umugore ? Ndabyemeye rwose nta kibi kirimo, iwacu umugore ni umutima w'urugo, igitekerezo cye ntigusuzugurika. Reka noneho nkubwire iby'ubugabo ndumva aribyo ushaka, ubugabo bwa kirundi ! Muri za 72
i Rwanda twakiriye abarundi bameneshejwe na bene wabo, tubaha amasambu barahinga, amashuri bariga, abize babona akazi bajya mu buyobozi bw'igihugu tubigisha gutwara, ku buryo ubutegetsi bwose bwa
Frodebu bwari bugizwe n'abarundi bakamiwe n'u Rwanda. Abarundi b'i Rwanda batwituye iki ? Amahiri n'imihoro. Nta muntu n'umwe wigeze arokokera i Ririma. Abarundi bari bahatuye babirayemo baratemagura
bararambika. Ibi bikanyibutsa umugani w'ikinyarwanda ugira uti utazi umurundi amurunda mu nzu ! Butare mu ndatwa habaga impunzi nyishi z'abarundi ariko ibyo bahakoze byakanze n'interahamwe nta mutima
zigira. Ubwo se ni bugabo ki ? Aho mwahanganye n'ababamenesheje, mwiraye mu babacumbikiye mubitura inabi ! Umuco wanyu urangwa n'ubutindi nk'ubu bwinshi. Umuco wanyu urangwa n'ubugambanyi no
kwongorerana. Ntimumenya gutobora ngo muvuge ikiri ku mutima, murangwa n'utuntu tw'utubanga musangira mukebaguzwa, yemwe n'inanga zanyu zirahwihwisa. Ntimuzi umubano uzira umuze, ntimumenya gukunda
no gukundwahaza, abagore banyu usanga bameze nk'amatungo aragizwa inkoni. Muranabyigamba mukabigira imbyino ngo.. kayengayenge k'umugore ndasimba nkubitamo umugeri... Nta gitangaje kubona untuka ngo
ndi umugore kuri wowe ni igitutsi. Mufite ibintu byinshi bibi kandi mumaze kwigisha abanyarwanda niyo mpamvu namaganye impanuro zawe rwose. Iby'amarozi byo ushobora kuba ubindusha kuko ni ibintu
mwadutanze, iwany muhora mu rwikekwe n'inkeke y'amarozi. Ibyo gusangira intango ku muheha umwe ntimubizi. Mushyira ibango kuri muheha buri wese akavuna aho asomye ngo ataroga umukurikiye. Ibi se
nibyo ushaka kutwigisha ? Ntibikabe, ibyo mwatwigishije birahagije. Dore ni mwe mwadukanye ariya mahano yo kubaga abagore batwite no gusekura abana b'impinja mu isekuru. Hari n'ibindi mwavumbuye byo
kuryana iboro n'ibindi by'umwanda byo kugaburira abantu amazirantoki, rwose wa murundi we, ibibazo by'abanyarwanda biragoye, ni byishi, ni urusobe, ariko uko biri kose tuzabivugutira umuti wa
kinyarwanda, uw'ikirundi Imana izawuturinde.
Binego
Bwana Badege, ko nkuzi kera urmuhanga, none ibi usigaye wirirwamo nibiki?ufite degree muri droit,umaze guca ubwenge, nigute utangaza inkuru nkiyi kweli? cyakora ngera aho nkakumva, gusa niba
conscience yawe iku juja[juge]uzahunge kuko bitinde bitebuke, ushobora kuzisanga mumutego bariya baganda bagushyizemo. Ibaze nka Nziza winkandagira bitabo ngo nahe umuntu nkawe amabwiriza. Wize
amategeko, uzi icyo human right aricyo,ibyo ukora byose urabisobanukiwe, humura va muaryo matiku yabarusahurira munduru, ibisambo byavuye Uganda, ibyinshi muribyo bitarize uhereye kuri shebuja,njye
nabaye muri APR kuva 1991-2003, nkuko nawe ubizi, ubona tutararumbije koko!!Ubuse FPR URABONA IKIBAHO?wapi, nyiheruka igihe cya ba Bihozagara, Mazimpaka, Bizimingu Pastor, Kanyarengwe, Rwamasirabo,
Kayumba, naho ubundi hasigayemo ibigarasha gusa,bagenda batoragura hirya no hino.
Mbega ikinyoma cya FPR noneho kiragaragaye. Aba bose barazwi hano i Rwanda mu mirimo itandukanye!Uyu mutegarugori n'umucuruzi arangura i Kampala akoreshe Jaguar. Umugabo ibumoso bwe ni local defence mu murenge wa karama Nyagatare district, ndamuzi neza cyane. Iburyobwe abamuzi ngo yatuye Nyamirambo ngo ari umukanisiye, baza kumusenyera garage ye ngo yakoraga anyoranyije n'amategeko.Ababantu barazwi neza hano. Abantu bumiye bibaza akayabo FPR yaba yarabahaye ngo bemere kwitwa inkozi zibibi. Cyokora birabaje kubona araha Kagame ageze. Ubutaha azashyiraho nyina, umugore we ndetse na Agnes umukobwa we ngo n'ingabo zuwo ariwe wese uzaba uhanganye nawe.
Ese burya wewe uri umugabo cangwa umugore?Sha niba uri umugabo naho urumugabo magore pee!!Ese wowe ibigambo urimo urahuragura ubona koko bihuye nibyabandi barimo bavuga?Ubusutwa gusa!!Ese wowe ntabwubona ko nabandi batarimwo bakwemera?Wantore we!!Uginze ngo ntabwo duhuje ibitekerezo?Nibyo rwose kuko wewe urumuvugizi wi intore twakumenye! twebwe gahunda niyo kwamagana Kagome n'intore ze bareke ubwicanyi!None se wowe ibigambo urimo guhuragura urabona bihuye nibyabandi benshi bipfuzaga kuri runo rubuga?Uravuze ngo kirundi ni ururimi rugoramye ngo ni uburimi? BINEGO wowe uri ikigoryi kandi ntamwanya mfite wo kuvugana nterana amagambo nawe!! Ico womenya co nuko iyonshaka kwandika mururimi gwanje ntakintu nakimwe wari gutahura!Sintahura ukuntu ndiko ndagabisha abanyarwanda bimenye batarya uburozi bwi intore,wewe ucujangaho ngo ndivanze sinari kubivuga!!Urumva woryoherwa ari uko baburiye nyaburozi?Urimwo tubiri!!!!Canke nimba ufitanye ingorane n'umurundi ntukazizane ngaha kuri site.Uratahura ivyo mvuze?Ingorane personnel zigume ari personnel ntuzizane ngaha kuri leprophete kuko si site yabacamanza!Uranyumva?Genda ntamwanya wokuvugana nawe mfise!Naho amajambo uriko urakoresha yerekana niveau yawe
Nk'uyu mutegarugori kweri ibi yiroshyemo ni ibiki! Iriya photo rwose irerekana ko atazi ibyo arimo!
Abasenga musabire Kagame Paul! Ashobora kuba ageze mu ikorosi rikomeye!
FDLR ZIBA NYINSHI bavandimwe! Kera nkironda amoko nakwibaza ukuntu fdlr yatoranyije nos cousins gusaaaa. Nako ngo ni iya Kayumba, yagorwa, yagopwa Kayumba!!
Aba ni abasirikare ba pc.
Ahari cyera, pahulo azaba AKA wa mwana wajyaga atabaza ngo impyisi iramuriye! Bose bamaze kumugira nayuwo, impyisi yaraje, atabaje baMUHA URWAMENYO, impyisi iramwivugana. Nta cyiza kiba mu kinyoma nka kiriya.
FPR yataye umutwe pe...!!!Amatiku no KUBESHYA bizayita ku GASI.
Ndi Kubona na Islam Nayo igeraniwe, uyu mutegarugori si Muka muhamadi? ese ko Islam bayishimaga ubu none zihinduye Imirishyo? Mussa fazil yakaretse Politiek akarengera inyungu za Alah, naho ubundi
kamunaniye.Ngarutse inyuma kuva nabona isi ya Rulema, ni ubwambere mbona Perezida UROGA!!!!Akarenga agahera kubo ayoboye.Yewe ingoma ziragwira, ariko namwa mwamfasha mukansobanurira ayo mahano.
Kayumba ni mu mwihorere,nakomeze ateshe umutwe kagome,Ubundi ikibi kigiye kujya ahagaraagara bidatinze.Banyarwanda ni mukusanye ingufu, ibidutanya mube mubishyize i ruhande.sino ntaho twazagera.mugire amahoro
Ariko wowe Musemakweri abadatekereza nkawe ubita Intore ? Ibyo se bitandukaniye he n'abita ibipinga cyangwa ibigarasha abatavuga rumwe nabo. Urwanda rurimo ibitekerezo byinshi kandi binyuranye. Ntabwo turimo amatsinda abiri imbere n'inyuma, Iry'abavuga rumwe n'iry'ababahinyura. Haba n'igitekerezo cya buri wese, kandi kami ka muntu ni umutima we. Ibyo byo gutwara abantu mu bigare nibyo byashoye abanyarwanda mu bwicanyi kugeza uyu munsi
Wowe intore iri hano yibasiye abarundi, urakeka ko Kagame yica abanyarwanda agasiga abarundi? None se Ndadaye na Ntaryamira Kagame yabishe ari uko ari abanyarwanda. Ikibazo cya Kagame kireba ibiyaga bigari byose. None Kagame atangiye guta ibitabapfu no Umwami, Kayumba,blablabla bakorana na FDLR. Ntagira n'isoni kweri iyo apanga ibinyoma bigaragaza ko ari injiji butwe. Kagame, wace turakurambiwe, ondoka nta kindi. Igihe kiri hafi tukaguha 24 heurey yo kuba uvuye ku butaka bw'u rwanda cyangwa isi ikakumira.
Oya rwose nta barundi mu bibazo by'u Rwanda. None se twaba tutagishaka abaganda butwi n'abafumbira bagiye kutumarira kw'icumu tukemera kuvogerwa n'abarundi ? Aba bose bafite ibihugu byabo bazajye kubyunamura, nta n'umuganda w'ibitekerezo byabo dukeneye. Ubundi se ariko batugira nama ki batigiriye ? Udashinga arabyina ? Urumva nyakaru..."dialogue national" yaratangiye ku mbuga nyinshi z'abanyarwanda kandi iri mu kinyarwanda cy'umwimerere. Namwe muzatangire iyanyu muri urwo rurimi rwanyu rugoramye, rumeze nko kuvuga uburimi. Ntukatuvangire wandika uburimi mu ruhame. Ntawe ukwirukanye, ariko ujye umenya kwitara bushyitsi. Niba ushaka kumviriza nakubwira iki, egamira inkinke utore ubusurira, amenge arahahwa, yenda uzava aha umenye uko intama zambarwa.
Wowe uvuga KABAREBE urababaje: AKABAREBE asigaye ariweujya Gutangiza imishinga yo kubakira abakuwe mubyabo...Nayobewe niba asigaye ari Umusivil cg...
KAYUMBA ati: Hari nabandi baabuze aho banyura...Mbona anwe arimo(KABAREBE).
Erega Igihugu nimukirekere RWARAKABIJE na GATSINZI na NGENDAHIMANA Jerome bakiyobore naho FPR yarazimiye kera!
Umva rero mwa NTORE mwe, rwose si Iterabwoba, ariko Ibyo Mukora, aho mwirirwa mwihishahisha mu ikanzu y'amasomo, Ubundi bwirirwa buhagaze kuriza gare ya moshi naho bategera amaTaxis nahandi
mumahurizo y'Inzira: MUMENYEKO IBIRENGE BIJYA IMBUKU KUJYA IMBERE, NTAGAHORA GAHAZNE kandi KAYUMBA n'abo bafatanyije bakomeje kubaburira MUKAVUNIRA UBWO BUTORE MO IBITI.
Aho buzakera, ndahamya ko namwe muzatoragurwa mukishyura Ibyo murimo byo kubuzabuza abantu.
Bamwe bagiye kuzicwa n'inzara kubera kwirirwa baahengeza Uhita n'usihoka. SHOBUJA (RUCAGU) arabashuka nagurukana na Shebuja we (POLO) mukazamenya aho banyuze muzangaye.
KAYUMBA GUSA NTUBE UMWANA NAWE kuko Nurangara uzashiduka wsanze habi! TUKURI INYUMA TWESE.
Leta y’u Rwanda itangaje ikindi gihuha ko Gen Kayumba akorana na FDLR nyuma ya Raporo ya Loni ihakana ibyo birego .
Leta y’u Rwanda yongeye guhagurutsa igihuha kivuga ko Gen Kayumba akorana n’umutwe witwaje intwaro uri muri Kongo cyane FDLR.
Mu kiganiro polisi y’igihugu yagiranye n’abanyamakuru ku itariki ya 22 Kamena 2011, bongeye kwerekana abantu bavuga ko bari mu mitwe ikorana na Gen Kayumba irwanira muri Kongo. Mubo berekanye harimo uwiyitaga Gaheza wari usanzwe wabaga muri FDLR wiyerekanye yitwa Ndererimana Norbert, ndetse n’undi mudamu wiyitaga ko bafatanyije ariko ngo yari umugore wuwo Gaheza.
Polisi ivuga ko ngo yabafashe mu bihe bitandukanye byo mu kwezi kwa Gicurasi 2011, ikabafatira mu Rwanda ngo baje gukora ibikorwa bihungabanya umutekano, boherejwe na Gen Kayumba, Gen Emmanuel Habyarimana ndetse na Paul Rusesabagina. Bivuga ko ngo yari akuriye ingabo z’Umwami Kigeli V Ndahindurwa, zari zigamije gucyura abanyarwanda bose batavanguye.
Amakuru ikinyamakuru Inyenyerinwes gicyesha bamwe mubazi uwo musore wiyitaga Gaheza, avuga ko Gaheza ari umwe mu bahoze muri FDLR, akaza gushwana nayo, nyuma aza kubana n’uwitwa Musare nawe washwanye na FDLR, bashinga umutwe witwa RUD, aho nanone yaje gushwana n’uwo bakoranaga akava muri Kongo ahamagawe na maneko z’u Rwanda akaza muri Uganda, akabana n’umugore nawe wari waroherejwe na Leta ya Kigali wiyitaga Nyirabiyoro,ariwe polisi yaje kwerekana ko ngo bari bafatanyije.
Bivugwa ko kugirango uwo Gaheza atandukane na RUD ari uko yacyetsweho gukorana n’inzego z’iperereza za Kigali, ndetse agatoroka akaza muri Uganda, aho yahuriye n’uwo mugore batangira kubana batuye ahitwa Nsambya. Mu gihe bari bagitegereje ko leta y’u Rwanda ibatwara kujya kuvuga ibyo bategetswe, bamaze gucura umugambi w’icyo azavuga n’abo azashinja ageze mu Rwanda.
Umwe mu basirikare bafite umutwe wivumbuye kuri leta ya Kabila uba muri Binza, Lt Col Charles Rusingiza wahoze muri CNDP, tumabajije niba uwo Gaheza koko yabaga muri Binza, yadusobanuriye ko uwo Gaheza nta mutwe uzwi yigeze agira muri ako karere, kandi avuga ko rwose batamuzi , ariko atubwira ko amakuru afite ngo nuko Gaheza yatandukanye na FDLR ndetse na RUD acyekwaho gukorana na leta ya Kigali.
Tumabajije niba koko Gen Kayumba hari imitwe akorana nayo muri Kongo, yadushubije aseka cyane, avuga ko Gen Kayumba n’abo bavuga bakorana baramutse bababonye muri Kongo intambara yahita irangira, kuko baba bagize Imana kuburyo bukomeye zo kubona abagabo babafasha Kagame umaze kubamarira ku icumu. Avuga ko ntawe uhari, ntangabo, nta nibyo barumva ko yaba akorare muri Kongo, ko ari ibihimbano bumva kuma radiyo, akomeza avuga ko ahubwo bazi ko leta ya Kigali ikorana na bamwe muri FDLR bakoreresheje Gen Ntaganda , ndetse aribo ikoresha mu kuza kubatera iyo imaze kubatwara kuko baba bazi aho bari.
Andi makuru kandi twabonye avuga ko Gaheza , amaze igihe ategurwa kuzakoreshwa mu gihe raporo ya Loni ikuraho icyaha Gen Kayumba na Col Karegeya leta y’u Rwanda yabashinjaga ko bakorana n’imitwe yitwaje intwaro muri Kongo izaba isohotse, cyane ko ngo leta ya Kagame yari yaramenye ko igiye kujya hanze.
Nk’uko Gen Kayumba yabivuze mu kiganiro yagiranye na BBC Gahuzamiryango cyo kuwa 22 Kamena 2011, yavuze ko igitera leta y’u Rwanda guhimba ibindi binyoma bishya, ariko imyigaragambyo yabereye i Chicago yagaragarije Kagame ko afite ikibazo gikomeye cy’abamurwanya kandi bafite ingufu, ikindi ngo kibimuteye ngo n’ amajwi y’abayobozi b’inzego z’iperereza yagambaniraga kwica Gen Kayumba leta ya Afrika y’Epfo yayishyize hanze, ibi bikaba ari ukwikura mu isoni ba bagerekaho ibyaha.
Twabibutsa ko hashize iminsi abatavuga rumwe na Leta ya Kagame bose bafungirwa kurema imitwe yitwaje intwaro uhereye kuri Bizimungu, abazize ingabo bitiriraga Umwami Kigeli V Ndahindurwa n’abandi beshi bagiye bazira icyo cyaha mpimbano, bari mo Ingabire Victoire, Mishayidi n’abandi.
Mupenzi
Iyi nkuru nyikuye ku Inyenyri.com kugira ngo utabasha kuyigeraho ayisomere hafi....dusangire ibivugwa iwacu
Ibyo mutuburiye ku byabereye malawi murakoze kuko wa mugani imitwe ni myinshi. Kandi kuba mwitabira site z'abanyarwanda ni byiza rwose, bishoboka kuko tuvuga ururimi rumwe, ntimugahezwe!Ibibazo dufite bikwiriye akarere k'ibiyaga bigari kose.dommage ko abakongomani benshi batumva ikinyarwanda ahubwo,na bo inkunga yabo ntiyaba mbi rwose
Kagame yaretse abanyarwanda bakaruhuka koko akajya gutura ikuzimu ko ariho Satani ihora icurira imigambi mibisha yo gutera abera b'Imana kandi bikaba bizwi n'abasenga Imana. N'ukuvuga ko rero Kagame
yakagombye gusanga RUCIFERI bagafatanya kugambana kuko umuntu nk'uriya ntiyakagombye kubana n'abantu. None se ubu kubeshyera Kayumba ngo ingabo ze zigiye gutera u Rwanda, none se niba yibaza umwanya
Kayumba amaze ahunze akareba n'ukuntu RPA ye yagiyeho n'igihe byayitwaye kugirango ivuke arumva koko ibyo hari uwabyemera uretse umwana muto w'igitambambuga uba ataramenya kuyungurura mu
bwonko.
Kagame narekere aho kuko arakomeza guta ibitabapfu kuko iminsi yamurangiranye nk'uko SATANI nayo ikora umunsi n'ijoro kuko izi ko igihe cyayo kibaze. Ngirango Kagame nawe akorana na SATANI nk'uko ku isi hariho les SATANISTES bahari bacyambaye umubiri ariko amenye ko yatahuwe ari umuzimu ukicaye mu bantu. Ngirango izo ngabo yiriza mu kanwa ubundi akaroga ba BADEGE abo bamaze kuba ibigarasha ngo bavuge ko hari imitwe igiye gutera u Rwanda azerekane izo ngabo naho zikorera ndetse n'imibare yazo kugirango ikinyoma cye gikunde gihabwe intebe kurushaho. Ahubwo mfite ubwoba bw'ibintu bishobora kubera mu Rwanda mu minsi iri imbere kuko buri gihe iyo shitani ihagurutse amaraso aba agiye kumeneka. Ndasaba abanyarwanda kuryamira amajanja baba abari mu Rwanda cg mu mahanga yose.
Naho KAYUMBA ajye arya aryamye atuje kuko Imana itaramukuraho amaboko ahubwo abe atekereza uko azayobora igisirikari kizaba kiriho mu Rwanda nyuma yo kuvaho ku ingoma ya SATANI mu Rwanda. Ndetse n'ibikorwa by'iterambere rirambye. KAYUMBA na KAREGEYA n'izindi ntwari zihirimbanira kugarura ituze OYEEEEEEEEEEEEEEE!!!! TURABASHYIGIYE nimusanga tutarashiramo umwuka tuzarwubakana.
Ibihe byiza basomyi!!!!
murye muri menge
(mercredi, 22 juin 2011 15:33)
Iyaba ibihugu by'amahanga kagame yoherezamo abicanyi be n'uburozi bwe ngo abaganga batavumbura nabo bashoboraga gusaka no gushyiraho bariyeri yabo batindi.
Umva rero mwe muri mur France cyane Lyon, mbaburire murye muri menge! umugabo witwa NUBAHIMANA Aburahamu arabakoramo ryake!!!!Dore aho amariye kubona papiers ajya mu Rwanda kabiri mu mwaka, amakuru atugeraho yizewe atubwira ko mu matora yirukiye za paris gutora kagame, mu mpera z'umwaka igihe kagame yaseberaga mu bubirigi, Abrahamu yari ahateye amatako yavuye lyon, mu minsi mike, kuri za noheri 2010, aba agiye mu rwanda, aho yirirwaga mu manama muri milles collines n'abandi bayoboke. andi makuru atubwira ko ngo icyi gihe aribwo Aburahamu yibwiriye Kagame n'abambari be ko "ABANYARWANDA BATUYE LYON NTIBAZAGIRE UWO BATERA UBWOBA KU BYA POLITIKI CYANGWA UMUTEKANO, BISHWE N'INZOGA, ZA DIVAYI, NTA BUNDI BWENGE BAGIRA, ATI ABO MUBANDEKERE" yahagurutse ahawe ubutumwa rero bugenewe abatuye lyon. ejobundi ambasaderi Kabare ari Lyon, Aburaham ari mu bari batoranijwe bagomba kuvuga amajambo, bakabaza ibibazo byateguwe, ndetse yari ashinzwe no gufungura amacupa y'inzoga yazimaniwe abambari.
banyarwanda, banyarwandakazi mutuye LYon mwarahunze Kagame, murarye muri menge, n'abiriranwa nawe mu manama tuzababagezaho mu minsi iri imbere.
Mukandagire aho mwabanje kureba! murye akagabuye.
MURAKOZE MURAKARAMA, MWIRINDE NUBAHIMANA Aburahamu n'amshumi ye yo kwa Kagame
uyu mugabo BADEGE nawe biragaragara ko ibyo avuga aba afite ubwoba bwingaruka zabyo mugihe kizaza kuko ntabwo aba arukuri ageza kubanyarwanda ahubwo nibyo abwirizwa ngo arebe ko bwacya kabiri
uyu badege numugande peeeeeeeeeeeeeee wacuruza ga inkweto mbere yintambara 1990,hariya mwisoko rya owino ikampala yebaba weeeeeeeeeeee ara beshya peeeeeeee kayumba umuveho nitwari kimwe narwigema gisa.
Uravuze ngo Abarundi bamenye ibyabo ngo bareke ibyurwanda ??Uribagiwe ko muri za manifestation muba muri kumwe n'Abarundi benshi naba congomani!!Ese kuki baza kwamagana Kagame muza Europe na
America?Ese uribagiwe ko i Chicago Abarundi naba Congomani baribenshi cyane baje kwamagana President wanyu Kagame!!Ese ni kuki baza?Nuko nyene bafite ibibazo nkamwe!Ese wibaza ko baza kwamagana
Kagame muri manifestation kuko baba babuze icyo bakora uwo munsi?Nuko se baba bafite umwanya munini wo gutakaza,wo kwirirwa mumuhanda muri neige nimbeho?Basomyi bo kuri runo rubuga,uyu mugabo BINEGO
#112 arimwo aradusamaza arashaka ko tuva kuri runo rubuga nkuko Kagame ibyipfuza!!
Inama namugira nuko iyi ari site bita leprophete ntabwo ari igihe.com!!Ahangaha ni site aho abantu batanga ibitekerezo binyuranye ntabwo babinyonga nkuko ubyipfuza sha! Ese kuri commentaire #103 ikibi bavuzemo ni ikihe se??Genda reka kuturangaza sha nimba naho uri intore ya kagame uzicuza!!Twarabamenye sha
Iyi nkuru ni ikinamico tumenyereye rya RPF kandi ntisobanura impamvu bashatse kwica kayumba Nyamwasa:
1. Ibi bibaye akamenyero ko uwo badashaka wese bamwitirira FDRL mwibuke ko na Ingabire ariryo ashinjwa, n'abamushinja ko bakoranye barafunze gusa uko twakomeje kubivuga ni ikinamico nk'iryo muri gacaca aho bashaka abantu bakemera ibyaha maze bagashinja inzirakarengane; ikibabaje ni uko FDRL nyazo ziganje mu gihugu kandi zagiriwe imbabazi ubu zikaba ziri mu buyobozi.
2. Kuba mu ubugizi bwa nabi bureba bashyiramo abanyamahanga ni amatakirangoyi yo kugirango bumvikanishe ububi bwa nyamwasa. None se ko batamushyira ku rutonde rw'abatera bwoba ngo TPI imushakishe nka Kabuga niba bumva ko bari mu kuri
3. abanywarwanda mube maso kuko mushobora kubona za genade ziturikijwe n'abambari ba kagame kugira no berekane koko ko Nyamwasa ariwe ubica. Iyi nkuru inyibukije hagati ya 1997 na 2000 mu gihe cy"abacengezi, aho nari ntuye iyo bashakaka kwica abantu baratubwiraga ngo hari abacengezi abantu birinde, abagabo bakore amarondo maze mu minsi atageze ku cyumweru tukumwa ngo kanaka na kanaka bishwe twabikurikira tugasanga ari abasirikari babishe. none se inkambi y'ikibeho ijya guterwa ntibashatse umuntu wiyitaga umu ex FAR akemeza ko mu nkambi harimo abasirikari n'imbunda kandi ngo biteguye kurwana, none ne ko inkambi bayirashe hari n'umwe batweretse?
Ubugome buracyakomeza kandi bugenda buhindura isura dore noneho no mu bihugu by'abanzi bashyize mo na Uganga yabacumbikiye imyaka irenga 30. KAGOME warekeye aho ko ubamba isi adakurura, ese ntureba abari ibikomerezwa n'abatoni b'abo wishingikirije barangije ingona cyagwa se n'ubuzima? iminsi izakunyimvishiriza ntuzatura nk'umusozi.
Nta kintu kayumba yavuze kitagaragarira n'impumyi
Nsubize KAKA # 97
Munyeshyake bamurega bate kuba yarafashe ku ingufu JANET NYIRAMONGI KAGOME kandi tuzi neza ko yahoze agitangira ubuntu ? Umbwire niba ukeneye liste y'abahutu bamunyegeye nyigutegulire hakiri kare ! Icyakora kera kumunyegera byari byoroshye, kuko ubwo yigemuriraga interahamwe zaje no kumutera inda akazibyarira umwana we w'imfura, ntiyari yakanganye nk'imvubu ya kirimbuzi. Ndumva ubu ntawamutongoza, kuko amugwiriye yamuhitana ! Ntimukabeshere MUNYESHYAKA, kuko mu imyaka ya 1990 yari umusore mwiza cyane utari ukeneye indaya nkiriya, zazindi ziyandarika cyane dusanga mu abatutsikazi bahahisha igitsina gusa kurusha imitwe yabo !
Leta y’u Rwanda itangaje ikindi gihuhu ko Gen Kayumba akorana na FDLR nyuma ya Raporo ya Loni ihakana ibyo birego .
Leta y’u Rwanda yongeye guhagurutsa igihuha kivuga ko Gen Kayumba akorana n’umutwe witwaje intwaro uri muri Kongo cyane FDLR.
Mu kiganiro polisi y’igihugu yagiranye n’abanyamakuru ku itariki ya 22 Kamena 2011, bongeye kwerekana abantu bavuga ko bari mu mitwe ikorana na Gen Kayumba irwanira muri Kongo. Mubo berekanye harimo uwiyitaga Gaheza wari usanzwe wabaga muri FDLR wiyerekanye yitwa Ndererimana Norbert, ndetse n’undi mudamu wiyitaga ko bafatanyije ariko ngo yari umugore wuwo Gaheza.
Polisi ivuga ko ngo yabafashe mu bihe bitandukanye byo mu kwezi kwa Gicurasi 2011, ikabafatira mu Rwanda ngo baje gukora ibikorwa bihungabanya umutekano, boherejwe na Gen Kayumba, Gen Emmanuel Habyarimana ndetse na Paul Rusesabagina. Bivuga ko ngo yari akuriye ingabo z’Umwami Kigeli V Ndahindurwa, zari zigamije gucyura abanyarwanda bose batavanguye.
Amakuru ikinyamakuru Inyenyerinwes gicyesha bamwe mubazi uwo musore wiyitaga Gaheza, avuga ko Gaheza ari umwe mu bahoze muri FDLR, akaza gushwana nayo, nyuma aza kubana n’uwitwa Musare nawe washwanye na FDLR, bashinga umutwe witwa RUD, aho nanone yaje gushwana n’uwo bakoranaga akava muri Kongo ahamagawe na maneko z’u Rwanda akaza muri Uganda, akabana n’umugore nawe wari waroherejwe na Leta ya Kigali wiyitaga Nyirabiyoro,ariwe polisi yaje kwerekana ko ngo bari bafatanyije.
Bivugwa ko kugirango uwo Gaheza atandukane na RUD ari uko yacyetsweho gukorana n’inzego z’iperereza za Kigali, ndetse agatoroka akaza muri Uganda, aho yahuriye n’uwo mugore batangira kubana batuye ahitwa Nsambya. Mu gihe bari bagitegereje ko leta y’u Rwanda ibatwara kujya kuvuga ibyo bategetswe, bamaze gucura umugambi w’icyo azavuga n’abo azashinja ageze mu Rwanda.
Umwe mu basirikare bafite umutwe wivumbuye kuri leta ya Kabila uba muri Binza, Lt Col Charles Rusingiza wahoze muri CNDP, tumabajije niba uwo Gaheza koko yabaga muri Binza, yadusobanuriye ko uwo Gaheza nta mutwe uzwi yigeze agira muri ako karere, kandi avuga ko rwose batamuzi , ariko atubwira ko amakuru afite ngo nuko Gaheza yatandukanye na FDLR ndetse na RUD acyekwaho gukorana na leta ya Kigali.
Tumabajije niba koko Gen Kayumba hari imitwe akorana nayo muri Kongo, yadushubije aseka cyane, avuga ko Gen Kayumba n’abo bavuga bakorana baramutse bababonye muri Kongo intambara yahita irangira, kuko baba bagize Imana kuburyo bukomeye zo kubona abagabo babafasha Kagame umaze kubamarira ku icumu. Avuga ko ntawe uhari, ntangabo, nta nibyo barumva ko yaba akorare muri Kongo, ko ari ibihimbano bumva kuma radiyo, akomeza avuga ko ahubwo bazi ko leta ya Kigali ikorana na bamwe muri FDLR bakoreresheje Gen Ntaganda , ndetse aribo ikoresha mu kuza kubatera iyo imaze kubatwara kuko baba bazi aho bari.
Andi makuru kandi twabonye avuga ko Gaheza , amaze igihe ategurwa kuzakoreshwa mu gihe raporo ya Loni ikuraho icyaha Gen Kayumba na Col Karegeya leta y’u Rwanda yabashinjaga ko bakorana n’imitwe yitwaje intwaro muri Kongo izaba isohotse, cyane ko ngo leta ya Kagame yari yaramenye ko igiye kujya hanze.
Nk’uko Gen Kayumba yabivuze mu kiganiro yagiranye na BBC Gahuzamiryango cyo kuwa 22 Kamena 2011, yavuze ko igitera leta y’u Rwanda guhimba ibindi binyoma bishya, ariko imyigaragambyo yabereye i Chicago yagaragarije Kagame ko afite ikibazo gikomeye cy’abamurwanya kandi bafite ingufu, ikindi ngo kibimuteye ngo n’ amajwi y’abayobozi b’inzego z’iperereza yagambaniraga kwica Gen Kayumba leta ya Afrika y’Epfo yayishyize hanze, ibi bikaba ari ukwikura mu isoni ba bagerekaho ibyaha.
Twabibutsa ko hashize iminsi abatavuga rumwe na Leta ya Kagame bose bafungirwa kurema imitwe yitwaje intwaro uhereye kuri Bizimungu, abazize ingabo bitiriraga Umwami Kigeli V Ndahindurwa n’abandi beshi bagiye bazira icyo cyaha mpimbano, bari mo Ingabire Victoire, Mishayidi n’abandi.
Mupenzi
Uravuze ngo Abarundi twitwaza ubwoko?
Ese kuri commentaire #103 natanze jywe umurundi,ikintu cyakurakajyemwo ni ikihe?Ese wewe upfiki n'abarundi?Bagukoreye iki gituma ubanka gushika aho?Ese aho wakwishimye kuko ururubuga rusurwa cyane mbese ko nabanyamahanga(Abarundi) barusoma wewe urashaka kubirukana mugabo urihenda kuko ndazi ko ushaka ko njya ku igihe.com ariko nsinshobora!!Nzaguma ndarusura ushaka wimanike kukagozi!!Ese wewe uri nyene iyi site kushaka kwitwaza nationnalisme?Barakubeshe sha!!!!
Uracareba hafi cyane nturamenya byinshi ndakureke!!Ese ntuzi ko urwanda rubuze amahoro n'uburundi atayo buba bufite,canke uburundi bubuze amahoro n'urwanda atayo rwagira?Wintesha umwanya sha!!!
Ntimukitwaze ko muri abahutu cyangwa abatutsi ngo mugire ngo hari icyo dupfana. Twe turi abanyarwanda, ikiduhangayikishije ni igihugu cyacu, urwanda dushaka gukura mu icuraburindi . Hari umunyarwanda hano wari wabona azinduwe no gukemura ibibazo by'abarundi ? Tubise rero twisubiraniremo hagati yacu. Ntukivange mu bibazo by'abavandimwe. Hoshi
uyu badege na mushikiwabo na rutaremara bose bavuga ibintu bababwiye kandi barababeshya. nta kintu na kimwe kizima bajya bavuga. gusa wenda baba bishakira amaramuko nta wabarenganya,ariko bafite akazi kabi kuko baravugishwa ntibavuga ibyabo. abavugizi bamafuti.
79 na 95 na 103!!!amaherezo ni ukwikanga buri wese niba ari aho bigeze! Ntawe ukizera uyundi!
Barakubeshe shaa!!yebababababawee!!Ugize ngo ngwiki sha?Ese wiyumvira ko Kadame nako Kagame akorera ikibi abanyarwanda gusa?Kagame yishe abanyarwanda,abarundi,abacongomani,abagande,.....ni binshi cane mwa ntuwongere kuvuga ngo umurundi ntakavuge ibyurwanda,simwe yishe gusha kuko nabarundi yarabamaze uzabaze kuri université du burundi sha bazakubwira ibyo yakoze!!Ntituzakwirwa sha niyafatwa kuko ashakishwa n'isi yose
nimwiyunvire kayumba kuri bbc gahuzamiryango atesha kagame agaciro muhereye kumunota 11:50 kumakuru ya 18:30 yuyu munsi 22/6/11
www.bbc.co.uk/gahuza
Hahahahaaa nibakurebe neza sha!!Ese wewe kuvuga ngo simvuge i by'urwanda kuko ndi Umurundi!!Hahahaa ese noba nakuvugiye ibintu?Nakuvugiye ibanga se?Ndimwo ndagabisha abantu bimenye badapfa nawe bikakurakaza kuko ndabivuze!!Wumva utitera ubu suspect se?Sha ushaka rakara ibanga narivuze babamenye
Nyakubaho KAYUMBA, Imana Ikugirire neza. Ejo nari natangiye Kukugaya ngo ntuvuga, ariko Ijambo wavuze kuri BBC narshimye pe! Nonese koko pOLO kADAME azakomeza kubeshya kugeza ryari? Ejo ngo:
- MUSHAYIDI afite Ingabo
- Kigeli afite Ingabo
- Sebarenzi afite Ingabo
-Ingabire Umukobwa wiyemeje Kubohoza Igihugu ngo INGABO, ngo FDLR
- Kayumba ngo Ingabo
Bababaweeee....None Ndebera ababanyarda akomeje kwambika Urubwa ngo ni aba Terorisiti! POLO bizakugora ndakurahiye.
Kayumba KOMEREZA AHO MUGABO IMANA YAKURINZE AMASASU YURIYA MUGABO IZAKURINDA N'IBINDI. | [
"ita_Latn",
"bam_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"luo_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"sna_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"sag_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"luo_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"sna_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"zho_Hans",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | cb67f4d0f085456470876c416afeddb5 | keep | [] | [
6.2,
6.1,
10,
10,
10,
10,
9.3,
10,
7.6
] |
./WIDE-20121025061427-crawl425/WIDE-20121025071934-03551.warc.gz | 125,609,876 | 32,199 | 108,641 | http://www.leprophete.fr/2011/05/17/igihugu-cy-u-burundi-cyaba-gitegekwa-na-nde-mu-by-ukuri-mupenzi-molidekayi/ | text/html | 2012-10-25T07:24:29 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] | [
0.8351,
0.1649,
0
] | Petero Nkurunziza na shebuja Paul Kagame , baragura umutwe wa Agathon Rwasa?
Abantu benshi bakomeje kwibaza no gutangazwa n’imikoranire idasanzwe iri hagati ya Perezida Petero NKURUNZIZA w’u Burundi na Perezida Paul KAGAME w’u Rwanda, kandi ibimenyetso byinshi bikaba byerekana ko Perezida Petero Nkurunziza yaba yumvira bikomeye Perezida Kagame kandi akaba amwubaha mu byo amutegetse byose. Nyamara bamwe ntibareka gutangara no kumirwa bibaza ukuntu mu gihe gishize ndetse kitari kirekire aba bagabo bombi ari bo bari abanzi bakomeye, ubwo ingabo za CNDD FDDD zarwaniraga mu mashyamba ya Kongo, ubwo ingabo za Perezida KAGAME zifatanije n’iza Perezida BUYOYA zambukaga bajya guhiga abanyarwanda b’impunzi n’abarundi bari muri Kongo, icyo gihe n’abarwanyi ba Nkurunziza bakaba bari muri ayo mashyamba ndetse bagakozanyaho bikomye n’ingabo z’u Rwanda n’iz’u Burundi, ku buryo ingabo za Buyoya ndetse n’iza Kagame zishyirwa mu majwi na raporo ya Loni yasohotse taliki ya 1/10/2010 igaragaza uruhare rukomeye ingabo z’ibigugu byombi zagize mu bwicanyi bwibasiye impunzi z’abahutu ku ruhande rumwe ndetse n’abarwanyi ba CNDD FDD hamwe na FDRL ku rundi ruhande rwabari mu mashyamba.
Kubera ibyo bibazo byibazwaho na benshi kandi hakaba hari n’ibikorwa bigenda bikorwa n’izo leta zombi, haragenda hamenyekana ibisubizo by’ibyo abantu bibaza cyane ku bumwe bwabari barahoze ari abanzi b’igihe cyashize. Ubwo bwumvikane bukaba bushingiye ku masezerano yo mu ibanga hagati yabo bagabo bombi nk’uko agenda amenyekana buhoro buhoro.
Amakuru akomeje kuvugwa ni ay’uko ingabo z’u Rwanda zoherejwe na Kagame mu Burundi, zibisabwe na Nkurunziza kugirango zimufashe guhangana n’abanzi bateza umutekano muke mu gihugu cy’u Burundi, ibyo bikaba byaranogejwe nuruzinduko rwa Jenerali Majoro NIYOMBARE Godefroid, umukuru w’intwaramuheto z’u Burundi ubwo aherutse mu Rwanda mu kwezi kwa kane 2011. Bikaba bizwi ko ingabo z’u Rwanda ziri mu Kirundo, Kayanza ndetse na Bujumbura rural. Nyamara Kagame icyo abikorera ahanini ni ukwikanga ko n’abafasha ba Kayumba Nyamwasa kumutera bashobora kwifashisha u Burundi; ntabiterwa rero n’urundi rukundo yaba afitiye Petero Nkurunziza.
I. KAGAME YAHARANIYE KUVA KERA KWIGARURIRA U BURUNDI MU NYUNGU ZE BWITE
Biravugwa ko mu gihe FPR Inkotanyi yarwanaga na leta ya Perezida HABYARIMANA, leta ya BUYOYA yateye FPR inkunga ikomeye cyane kuko abantu benshi bajyaga kurwana muri FPR bacaga i Burundi ndetse bakoroherezwa na leta yaho bajya kwinjira mu gisirikare cya FPR Inkotanyi. Nyuma y’uko uwari Perezida Habyarimana amaze kubona ko Buyoya akorana cyane na FPR Inkotanyi, yahisemo nawe gukoresha imbaraga zidasanzwe kugirango hageho umuperezida bazumvikana, mu rwego rwo gutinya ubufatanye bukomeye bwa Uganda n’u Burundi mu gutera inkunga inyeshyanba za FPR Inkotanyi.
Ntabwo byagoye Habyarimana kuko yateye inkunga ikomeye cyane Merchior NDANDAYE wari warakuriye mu Rwanda ndetse akiga muri kaminuza nkuru ya Butare. NDADAYE yatsinze amatora bitamugoye na gato, ibyo byateye HABYARIMANA kwiruhutsa ariko ntiyari azi indi migambi izakurikiraho. Kagame amaze kubona ko Habyarimana agiye kugira imbaraga i Burundi yabonye ko bizagorana cyane, ko inkunga yaterwaga n’icyo gihugu izaba ihagaze, nibwo yakoranyaga abo bakoranaga maze bafata icyemezo cyo guhitana NDADAYE. Bidatinze amaraso arongera arasesekara i Burundi maze NDADAYE yicwa urwa Patrice LUMUBA, apfa urupfu rubi nk’urw’umuntu waba warabaye inkozi y’amabi, ibyo niko byagenze nkuko byari byateguwe na Kagame.
Abaperezida Melchior Ndadaye na Cyprien Ntaryamira bishwe na Paul Kagame: urubanza ruramutegereje mu nkiko!
Ariko FRODEBU yari yaramaze gutsinda amatora yahise imusimbuza Cypriano NTARYAMIRA. Perezida Habyarimana yahise afata icyemezo cyo kujya arinda bikomeye umutekano wa NTARYAMIRA ndetse no kujya amugendana mu ndege ye bwite, ndetse hakaba n’ubwo ayimutiza bibaye ngombwa kugira ngo hato na we batazamwivugana nk’uwo yari asimbuye. Kagame abibonye atyo abona ko atazigera abona uko yigaruria Burundi igihe cyose Habyarimana azaba akiriho, nibwo rero hategurwaga gahunda ikomeye gusumba iya mbere ariyo yo guhitana Perezida Habyarimana ndetse na mugenzi we Perezida Ntaryamira kuko guhitana umwe ntacyo byari kuzatanga nk’uko byari byagaragaye mbere. Muri iryo yuzuzwa ry’ayo mahano ni nabwo barushagaho kwisuganya bikomeye kugirango imbarutso nikoma nyuma yamasezerano ya Arusha azarangize gahunda ye. Ubwo rero ya ndege yabo bayuriraga bombi, abandi bari kwidembe bavuga kandi bidoga ko agahu gahuye n’umunyutsi ndetse batera hejuru bati: “Ya mata abyaye amavuta bahu”. Bidatinze ubutaka bw’u Rwanda buba bunyoye amaraso y’abo bagabo, akurikirwa n’ay’abantu ibihumbi bitabarika.
Muri iryo vurungana ryo mu buyobozi bw’u Burundi twabibutsako ari naryo yaboneyeho akaryo ko gusubira ku butegetsi akoze coup d’état ku nshuro ye ya kabiri, akaza kuyobora inzibacyuho ayisimburanaho na DOMISIYANO, mu gihe Perezida NTIBANTUNGANYA Sylestre wari umukuru w’inteko yabashingamateka yari yaciye ku buperezida bw’u Burundi, ariko ntiyagaragaza imbaraga zihagije kuko atagiraga ingabo kandi akaba nta muperezida w’umuturanyi yari afite yizeye kandi wanamushigikira.
Usibye n’ibyo hari ubuvugizi bwa buri ruhande n’ubwumvikane mu myanya ya East AAFRICA nk’uko Kagame aba abishatse. Ndetse Kagame akaba aherutse gutegeka NKURUNZIZA gusinya amasezerano yo kugabanyiriza amazi ibihugu by’abarabu nyamara yari yabyanze mbere ubwo intumwa z’u Burundi zajyaga mu Misiri.
II. IMPAMVU ZITUMA PEREZIDA NKURUNZIZA YEMERA GUKORERA MUKWAHA KWA PEREZIDA KAGAME
1.Impamvu ikomeye cyane ngo ni uko Perezida NKURUNZIZA yaba yaratinye kwicwa, akagira ubwoba bwo gupfa kimwe n’abamubanjirije ariko na we kugira ngo aticwa akaba yarahaswe kugira ibyo yemera guheba ndetse akanahabwa umurongo ngenderwaho. Ibyo byatumye agirana na Perezida Kagame amasezerano y’ibanga aho yasabye Kagame ko yamukangarira ba BUYOYA n’abandi basirikare bakomakomeye ndetse bazwi ko bakoze amahano akomeye mu butegetesi bw’u Burundi. Kagame nawe mu kubimwerera amusaba ko atazahirahira ngo akoreshe itohoza ndetse aburanishe imanza ku mpfu z’abahoze ari ba Perezida b’u Burundi aribo NDADAYE na NTARYAMIRA.Ibyo rero NKURUNZIA yarabyemeye, ati nzaruca ndumire upfa gusa kundinda ba BUYOYA. Ubwo rero ni bwo Kagame yahaga gasopo ba BUYOYA abumvisha ko bazaha amahoro Nkurunziza ariko kandi nabo bizezwa ko batazigera baryozwa urupfu rw’abaperezida bishwe, cyane cyane ko na Kagame abona neza ko igihe izo mpfu zabyutswa nawe ashobora guhura n’ibibazo. Nyamara mu minsi ishize ubwo bibukaga urupfu rwumwe muri abo baperezida b’i Burundi bishwe, uwitwa MINANI Jean wahoze ari umukuru w’inama nshinga mateka, ryaramucitse aravuga ngo nyamara abakoze ayo mahano barazwi, ni uko igihe kitaragera, nibiba ngombwa ukuri kuzajya ahabona. Ngo iryo jambo yavuze ryatumye abuzwa kuzongera gusohora amagambo nk’ayo mu kanwa ke niba ashaka amahoro.
2.Indi mpamvu yatumye Perezida Nkurunziza yemera kujya mu kwaha kwa Perezida Kagame ni uko yasezeranijwe kujya avuganirwa mu miryango mpuzamahanga , cyane ko Kagame yamwijeje ko hose muri iyo miryango yisangayo kubera inshuti ze basangiye amabanga y’intambara za Kongo n’izindi yarwanye, barimo Perezida George W. Bush, Perezida Bill Clinton, uwahoze ari Minisitiri w’intebe Tony Blair, Louis Michel ukomeye mu muryango w’ibihugu by’i Burayi, Emmanuel Barosso uyobora umuryango w’i Burayi, Pasteur Rick Warren n’abandi. Kagame yasezeranyije Nkurunziza ko azamufasha mu minsi mike akaba igihangange kandi akamamara nka we, ndetse akamenyekana nk’uko na we azwi . Yamwijeje kandi ko amakosa yose azaba yarakoze n’ayo azakora mu gihe kizaza azajya ayahindura ubusa imbere y’abazungu ndetse n’imbere yiyo miryango mpuzamahanga, amuhumuriza amumara impungenge, amubwira ko asa nk’aho ari we utegeka iyo miryango yose, maze Nkurunzia aremera, aca bugufi, arayoboka. Ariko kandi Kagame uvugwaho kuba yarize amashuri abarirwa ku mitwe y’intoki ngo yaba yarahisemo kandi akishimira cyane Perezida NKURUNZIA nawe wize amashuri ya siporo, aho guhitamo ko yakorana n’undi muperezida waba ari injijuke bihagije,waba yarize ibindi bintu bikomeye.
3.Indi mpamvu ivugwa y’ubwumvikane hagati yabo bategetsi bombi ni ubufatanye bukomeye bushingiye ngo mugutuma ingabo za NKURUNZIA zakomera nk’iza KAGAME,ngo bikaba byakwamamara mu rwego mpuzamahanga, ngo ibyo bikaba byazatuma Nkurunziza yubahwa kurushaho kandi akazaramba kubutegetesi. Ariko bikaba bigaragara cyane ko ubwo bufatanye buyobowe na Kagame kandi ko hakorwa icyo KAGAME ashatse, mu rwego rwo guhashya abo yita abanzi be, bashobora kumenera i Burundi cyangwa se kuba bakwigarurira igihugu cy’u Burundi maze Kagame akabura uko akigarurira nk’akarima ke.
III. BIMWE MU BIKORWA BITEYE ISONI BIGARAGAZA INTEGE NKE ZA PEREZIDA NKURUNZIZA
1.Perezida Kagame amaze gutanga igice cy’u Bugesera akakegurira inkambi ya gisirikare y’abanyamerika ndetse akanahagenera kuhashyira ikibuga cy’indege gikomeye, yahise yigizayo umupaka w’u Rwanda mu Bugesera, atwara igice kinini cy’u Burundi ku buryo bugaragara, ariko ahita asaba Perezida Nkurunziza gufunga umunwa we, kuko yamubwiye ko abasirikare b’abanyamerika bazaba bari mu Bugesera bazarinda umutekano w’ibihugu byombi.
2.Perezida Kagame yamusezeranije ko azamuhigira Agathon Rwasa agashirwa amumwiciye cyane ko ari we Nkurunziza atinya cyane bikomeye muri iki gihe. Kagame amwizeza ko icyo kibazo azakimukemurira mu gihe kitarambiranye. Bikaba bivugwa ko abasirikare b’u Rwanda baba barambutse bakaba bahiga Rwasa amanywa n’ijoro aho yaba ari hose, ndetse bakaba babifanije n’abasirikare ba Ntaganda. Noneho mu gihe ngo baba bafite ikizere cy’uko Rwasa Agathon yaba ari hafi kwicwa, abarundi bakaba batangaza ko azicwa nka Bin Laden, nyamara aramutse apfuye ntiyaba yishwe n’ingabo za Nkurunziza ahubwo azaba yishwe na Kagame n’ubwo byazavugwa ko ari intwaramuheto z’u Burundi.
3.Perezida Kagame yategetse Nkurunziza ko atahirahira ngo atange umukandida wo kuzahatana na Dr Ricahrd SEZIBERA ku buyobozi bwa EAC, kuko yamubwiye ko SEZIBERA azaba ahagarariye cyane inyungu za Nkuruniza.Ng’uko uko Nkurunziza yasuzuguye inama yari yagiriwe na Perezida MUSEVENI ndetse na Perezida Kikwete wa Tanzaniya aho bamusabaga ko na we yazatanga umukandida kuri uwo mwanya.
4.Perezida Kagame yategetse Perezida Nkurunziza kutajya mu mihango yo kurahira kwa Perezida Museveni akoresheje cya kibazo asanganywe cya munyangire, ngo kuko muri iki gihe afitanye ubwumvikane bucye na Perezida Museveni. Nyamara byateje isoni zikomeye bitera abantu benshi kwibaza ku butwari bwa Perezida Nkurunziza :kubona atajya muri iyo mihango y’irahira ry’umwe mu baperezida bagize ihuriro ry’ibihugu byo mu burasirazuba bwa Afrika ,ari naryo Perezida Nkurunziza abereye Perezida muri iki gihe, kandi nta mpamvu n’imwe yagaragazaga yakwitwaza yaba yamubujije kujyayo. Cyakora hari n’abahamya ko yaba yaragize isoni zikomeye zo guhinguka imbere ya Perezida Kikwete na Perezida Museveni, mu gihe yaba yarahisemo kubasuzugura akumvira shebuja Kagame.
5.Perezida Nkurunziza yahisemo kuruca ararumira igihe SIMBURUDARI wari ukuriye IBUKA yandagazaga leta y’u Burundi avuga ko ishyigikira abahekuye u Rwanda, ndetse arahangara avuga n’amazina ya bamwe mu bayobozi b’u Burundi kandi ibi ari ibintu bitajya bikorwa na rimwe muri diplomatie z’ibihugu, akaba yarikomye cyane uwitwa General Major Adolphe Nshimirimana. Nyamara ubusanzwe iyo hateguwe amagambo ari buvugwe n’abayobozi nko ku minsi mikuru, aba afite inyerekezo imwe kuko baba babyumvikanyeho mu gihe bategura insanganyamatsiko z’uwo munsi, dore ko iryo jambo yanarivuze umunsi wo kwibuka amahano yagwiririye u Rwanda. Biratangaje kuba Perezida NKURUNIZA ataragize icyo akora ngo avugire leta ayobora kubera gutinya Kagame, n’iyo haba hari umwe mu bategetsi b’ikindi gihugu uri mu makosa bikorwa mu rwego rwa diplomatie, ntibivugirwa muri discours ku minsi mikuru. Nyamara iyo bigenze bityo hagombaga guhita hahamagazwa ambasadeur w’u Rwanda i Bujumbura akisobanura ku byavuzwe ku gihugu cyabo. Ntabyakozwe ndetse kandi nk’uko byagaragaye nta kibazo na kimwe byateye SIMBURUDARI wabivuze icyo gihe.
UMUSOZO
Baca umungani ngo ushize impumu yibagirwa icyamwirukankanaga.Birabatangaje kandi birababaje kubona ukuntu Tanzaniya yafashije CNDD na Nkurunziza bakiri mu mashyamba, ikabaha indaro ndetse n’amayira, nyamara uwo barwanaga nk’umwanzi we ari we Paul Kagame akaba ariwe umubereye shebuja. Birababaje kuba Nkurunziza yiyibagiza ukuntu Tanzaniya yamuhaye indaro ndetse ikanamurinda, ikamurengera, ariko we akaba yaratinyutse gutanga Deo Mushayidi ngo acibwe umutwe aziko nawe yifuzaga ko igihugu cye cyagira ubwisanzure, ariko ibyo byose akabyirengagiza, agahemuka kugirango ashimishe shebuja Kagame.
Nkurunziza yakagombye kujya yibuka ko amateka ataberaho ubusa kandi akazirikana ko worora ingwe ikiri icyana yakwiga kurya akaba ariwowe ibanzirizaho kwinovora. Nkurnziza najye azirikana ko urubanza rwa NDADAYE na NTARYAMIRA yanze kubyutsa, ari rwo rwatumye umugambwe we CNDD wamugeje ku butegtsi ubaho kandi ko izo mfu ari zo zatumye ajya mu ishyamba. None Nyangoma wawushinze ari kumwangaza, Hussein Rajabu bafatanije araborera mu Mpimba.Nkurunziza yibuke kandi ko iyo Perezida Mukapa akiza kuba yaramufashe akamuha Buyoya uko aba yaramugenje!
Namenye ko Kagame atagira inshuti, ko atazamurutira Museveni wamwimitse ubu areba ayingwe, ntazamurutira kandi Kayumba arasira aho yamuhungiye barasangiye akabisi nagahiye. Kagame namara kumena amaraso ya Rwasa azaba amennye amaraso y’umuvandimwe we bari basangiye itabaro rimwe ryo gushakira ineza n’ubwisanzure mu Burundi.
Umugore w’umunyabwenge yabwiye undi ati:”hena ndebe” amaze kureba ati:” ngaho bumba nabonye.” Uwaba uzi uyu mugani icyo uvuga azakimbwirire Petero NKURUNZIZA.
MUGIRE AMAHORO ARIMO UBWENGE BUDASUMBWA N’INDA NINI.
MUPENZI Molidekayi Bujumbura
Ivyo ni ibitutu abanyarwanda bafise vyo kwibaza ko bakomeye. Yamara abarundi barayamaze ngo "uwutambana na mukeba ntakubita urugohe" kandi ngo "ijambo rigukunze riguma mu nda", bakongera bati:"Uwuhana umurozi amubitsa umwana".Abarundi si ibijuju nk'uko abanyarwanda muvyibaza, ntibatwarira hejuru nk'abanyarwanda, abarundi bariyumvira. Nkurunziza sikijuju, ariyumvira kandi ntuzopfa umwumvise ariko ariyemeza mugabo arakora vyiza. Abanyarwanda bazotangara gusa. Naho ngo babahebeye intara, teshwa mute ahubwo muriko murarota! Ikibazo kiriko kirigwa, abarundi tuvuga duti:"Ngenze buhoro yatanze umurozi gupfa". Mwebwe abanyarwanda Kagame yaramaze kubahahamura umutima mu burundi s'uko. Ni muvuge ivyo mushatse uburundi ni démocratie murazi ko muvuze Kagame yobarya crâne. Ahubwo muragowe riho; uburundi ntibuzopfa butinye urwanda ivyo birazwi kuva na kera! Nta basoda b'urwanda bari mu Burundi kirya kirimi canyu bizarre ukivuze ntiyihisha tuba twarabumvise! Politique bizarre yo mu rwanda gumiza hiyo iwanyu!
none ndagomba ndambaze uyo nkurunziza agomba kumuhora iki rwasa nicho kintu nkeneye kumenya nimba igihugu kimunaniye natange imihoho yibagiye iyo yavuye
Ubu nibwo nkibona que la majorité des rwandais sont cons, debiles même.Et je comprends pourquoi le FPR lui a suffit juste quelques semaines pour prendre le pays à ces connards. Je pari que le FPR va
vous diriger jusqu'au retour de Jesus.
Comment umuntu normal ashobora Kwandika ibintu nkibi, même umwana akivutse yobona que ari ibinyoma. Sinon abarundi ntubazi, kandi nokumenyeshako uwutazi umurundi amurunda munzu,-umurundi parle peu mais il est très intelligent, tandis que vous autres, vous êtes des tonnaux vides qui font beaucoup de bruits.
Umurundi ahari hose ashobora kuja mugihugu camuvyaye alors que vous, vous pourrissez en Europe ou dans les forêts du Congo.....
Mon ami!!! abarundi barabasize!!!!! vous vivez les années 40.
Nimutahe mufashe Kagame kwubaka igihugu canyu au lieu de raconter des Bobards.
NB. Le Royaume du Rwanda était plus petit avant la colonisation que le Rwanda actuel, espèces d'illetrés!!!!!
Renseignez vous sur l'histoire de votre pays
umuntu ufata umwanya akandika ibintu nkibi kandi aziko huzuyemo ibinyoma nuruhinja rutakwemera mbona ko ari ukubura ubwenge
isi igeze ahantu aho kumenya information ziri zo nizitarizo byiroshye kubimenya
uwandiste ibi namugira inama ko umwanya nkuyu yataye yandika aya mateshwa yawukoresha ashaka ibyamugirira akamaro kuko umuntu wese ubasha kujya kuri internet ntabwo ari injiji wabwira ibyo wiboneye
amagendera means sport and ikarashishi means accrobatie.he'is the most stupid person neither he and his people do not know where to take the country or what to do with it.He's lost but he's now heading to death.Kagame ni atamwiyicira,hari abandi bamuhanze amaso kandi natsigaje igihe kinini.Ugutwi kw'ihene kwumva kuri muziko.wait and see,time will teach him
Ugandan Army fighting for Muammar Gaddafi
Posted on March 17, 2011
by Admin| Comments Off
Every Tryant has his day and Gadaffi's day is now and not tomorrow
Muammar Gaddadfi is the son of the devil and the godfather of all African Tyrants in Africa. The thug has blood of millions of innocent people.
Libyans turned up in thousands to enlist in the Revolutionary Forces
There’s credible information from our sources that two battalions from Museveni’s Army(UPDF) have been flown to Libya. Tyrant Yoweri museveni’s Brother, Salim Saleh is the one overseeing the operations of who gets flown out and so far 8 trips in 4 planes have been made to go and commit crimes of humanity against the Libyan People.
One of the Uganda battalion fighting in Ras Lanuf, is under the command of Brigadier Yunus Al Khaliffa. The only way out for those Ugandans fighting for murderer Gaddafi, is to surrender to the Libyan Revolutionary Forces as there’s no other route out. Its not too late for you as we have already informed our comrades of your plight, that you were misled by Yoweri Museveni’s greedy family.
Else you could make your way to Ras Jdir, Tunisia and claim that you’re a guest worker from Uganda and you want to go back home. The UN there will help you and be prepared for this.
A Ugandan man is escorted after an argument about a passport at United Nations displacement camp
PLease..don’t try to argue with UN officials when you get there as you’ll be escorted back to Libya-try and be humble. If you want to argue, wait till you get back to uganda.
We understand that Tyrant Yoweri Museveni was to be payed by his Libyan godfather a bounty of 10 Mig jets, 40 Tanks and 48 Million(Euros).
Our sources have confirmed to us, that Tyrant Gaddafi on the eve when the No Fly resolution 1973 was passed, Salim Saleh(Tyrant Museveni’s Brother) had asked their godfather to forget about the Migs, Tanks and instead pay them 1 Billion US dollars as they were prepared to raise a manpower of 4 extra battalions and most of them would be Somalia Veterans-served in Somalia. The money currier would be Tyrant Museveni security minister Amana Mbabazi as he was to visit Libya on a fake AU peace mission but the deal never took off and the first delivery has not been paid as yet-that’s why you see the Ugandan Tyrant trying to blackmail your fake Parliament into buying Jet fighters.
What did those soldiers in the two battalion instead get?? Unbelievable, a watch with Gaddafi’s head, 35(US dollars) and a chance to fly on a plane.
The only positive news is that, some of them threw away their guns and made a runner from Ras Lanuf, while the rest have already surrendered to the Revolutionary Forces and have been transferred to Bengazhi.
Ntihakagire umuntu ushaka gutera itera bwoba kuri ino site. mureke abantu bose bavuge bisanzuye. Birababaje kubera amakosa Nkurunziza arimo akora abarundi bazoyishura imyaka irenga mirongitanu ... ikibabaje nuko mushobora kubona ingaruka zivyo akora ashobora kuba atazobamo ariko abana be n'abandi barundi karabategereje !!
ariko ubwo umuntu yiyise umututsi maze agatuka abahutu ku babyeyi twabwirwa n'iki ko atari umuhutu ushaka kutwangisha abatutsi? mujye mwirinda kunyuzaho ibiduteranya, naho ubundi Imana yazduhana bikomeye cyane. ntimukatwanganishe. Mugire amahoro n'imigisha myinshi, mugire urukundo rukunda bose baba ababakunda ndetse n'ababanga.
Peredida Petero Nkurunziza yarondeye urupfu kera ararubura none rero ubu aje yaruronka.
NDADAYE MELICHIOR,NTARYAMIRA CYPRIEN, POCIEN KARIBWAMI,JULE BIMAZUBUTE n'abandi bategezi bahohotewe bazira ubwoko Imana ibakire kuko bapfuye nk'abagabo mugihe hari abazopfa nk'imbwa. Agathon Rwasa sinibaza ko yoba umwasi wa Petero Nkurunziza. Bose baje bavuye musamba, barondera amahoro y'abarundi bose. Amahoro barayabonye none hageze ko bicana hagati yabo mbe mupfa iki? Kwica Agathon siwo muti. Mbe asirikare ba reta wasimbuye ko bakoze amahano kandi bakurondera ijoro, umutaga ngo bakuyanye bo ubafitiye umugambi nyabaki ga Perezida Petero Nkurunziza?yeemweeeeee, uwabaroze ntiyakaravye. RYA BIKE MURYAME KARE REKA KWIHA AMENYO YABATWENZI BE N'IBINYAMASWA..barayamaze bati: "Inda Ndende Ihumira Indya Ikica Akokize"
ariko pati,jewe ndi umurundikazi ariko ndababazwa nivyo nsoma mwandika,mbega hadya muracaserukira imana canke ubu mwarahinduye muserukira abahutu?nayo Kagame numugabo mureke muvyo akora,hama na Nkurunziza ari murwiwe nimumureke yitegekere uburundi yatorewe,uti ceeeeeee
Ndumiwe pe, ngo KAGAME niwe wishe NDADAYE, fortunatus n abantu be bibagiwe kuvuga ko ari nawe warashe EX PAPE JEAN PAUL II.vuga ibyo mushatse byose nkurupfu ariko igihe kizagera ibyo mwandika byose mubibazwe. mumenye inyandiko ntipfa kandi ntisaza. Inyuguti yose umenyeko wewe nyira iyi website ari wowe ibazwaho. Nako ngo ni liberte d expression, liberte yose ishirira aho uyundi itangirira...urabizi neza.Si mbatera ubwoba ndabibutsa gusa, ejo mutazagira ngo nge sinabimenye numvise, inkuru ishyushye nange nandika mu bandi...
None se niba uwo mwana w'umuhutu atazi gutegeka reka Kagame amutegekere. Simbona impanvu amakosa muyashyira kuri Kagame
Mu Burundi, turacarondera umuprezida yumva neza ingorane z'abarundi, azi neza abateje ubwicanyi guhera 72 mu gihugu cacu no mu karere kacu hamwe nico abo bicanyi bishe abakuru b'ibihugu
n'abanyagihugu bashaka kugerako.
Turashaka kandi umuprezida arinda cane , azi neza imyitwarire y'abantu, abazungu n'abandi
Je crois que c'est un decision digne par le president burundais de se soummettre a Kagame.
Pourquoi? le passe montre que Kagame etait implique dans les assassinats de 2 presidents burundais, il peut auusi tuer le troisieme qui est Nkurunziza.
Alors pour mieux se proteger, celui-ci,le President burundais a pris une decision digne selon certains,de se soumettre pour ne pas etre tué, mais il peut se tromper car Kagame n'a pas d'amis.
Dunia
Comme Paul Kagame ne veut pas d’opposants politiques qui un jour pourraient lui succéder démocratiquement, il va continuer à user de la violence pour se maintenir au pouvoir, en les éliminant par
tous les moyens. Quiconque veut le remplacer ne peut que lui aussi recourir à la violence pour l’écarter. Paul Kagame, tant vanté par certains médias internationaux, se rend-il compte de ce qu’il
l’attend ? Les opposants, il en a et pas des moindres. Déo Mushayidi est un rescapé du génocide. Ceux qui le soutiennent et qui soutiennent un autre rescapé du génocide, Sebarenzi Kabuye, ancien
président du Parlement poussé à l’exil par Paul Kagame, sont aux aguets au Rwanda même. Son ancien conseiller Théogène Rudasingwa et son Procureur général Gerald Gahima, en exil eux aussi, ont des
attaches profondes dans le pays. Son ancien chef d’Etat-major, le général Kayumba Nyamwasa et le colonel Patrick Karegeya, sont encore populaire dans l’armée. Son ancien ministre de la défense, le
général Emmanuel Habyarimana est actif en politique en Suisse. Il a sans aucun doute des fidèles au Rwanda. Le parti de maître Bernard Ntaganda avait été légalement agréé. Il a ses partisans qui
continuent à réclamer son élargissement. Victoire Ingabire, elle aussi, est une icône politique au Rwanda. Ses visites en prison en témoignent. Des gens venus de toutes les régions du pays se
bousculent à la porte de la prison, mais seulement une vingtaine de personnes sont autorisées à la voir chaque vendredi. Il y a lieu d’y ajouter les partisans des hommes d’affaires Tribert Rujugiro,
Valens Kajeguhakwa et d’autres milliers de militaires et de civils lésés par le régime. Deux anciens premiers ministres en exil, des dizaines de ministres et de parlementaires qui l’ont échappé belle
lui gardent une certaine rancœur. Tout ce monde et leurs partisans constituent un volcan prêt à exploser. Si Paul Kagame s’entête et continue à faire l’unanimité contre lui notamment par
l’élimination des opposants politiques, il ne peut que céder le pouvoir après un bain de sang.
Suis-je un oiseau de mauvais augure ?
Ghislain Mikeno
Les Burundais ont eu une géniale idée de baptiser plusieurs localités de leur cher pays l'audacieux nom de CIBITOKE!
Tout le monde sait justement que ce pays est une république bananière(mu cibitoke)!Monsieur Pierre Nkurunziza n'a pas besoin de nous en faire une nouvelle démonstration toutes les cinq minutes!
uwanditse afite ishyari se ko abaprezida bacu bumvikana...ubwo baryannye yenda niho yakwishima nta kiza kiri muri iyi nyandiko vana umwanda aho
ariko aba CDR mwarasaze,murashaka se paul asubize ibyo mushaka...ko tumukunda,twamutoye,reka ayobore igihugu cyari cyarabananiye...ubundi mwize kuyobora he....tuzabayobora imyaka yose isigaye ku isi...ni mugira umujinya muzijugunye mu kivu....ingengasi yanyu gusa izabata ku gasi mwokagwa ishyanga rya kongo,na handi hose mubwejurira
http://www.channel4.com/news/rwandas-kagame-in-twitter-spat-with-uk-journalist
kuri mupenze araho wavuze ntemeranyijwe nawe aho wavuze ngo yishe ntaryamira kuberako atari kwica habyarimana wenyine ngo bigire icyo bimara none se ntaryamira mugutahana na habyarimana ni kagame wamubwiye ngo ajyane nawe?aho rwose wabeshye kuberako kagame si Imana yarikumenya ko mugutaha habyarimana atahana na ntaryamira.peace
Rero sinari nzi ko hari ahantu h'u Burundi u Rwanda rwafashe. bahita ngw'iki ? Cyokoze n'ubwo ntemeranya n'ibyo hari ahantu hacu dukwiye gusubizwa. Igice vy'amagepfo cya Uganda. Igice cy'uburasirazuba bwa Congo, n'agace k'uburengerazuba bwa Tanzania, turamutse dusubiranye aha hantu ho mu Rwanda rwa Rwabugili ( 1896-1916) byaba byiza. U Rwanda rwagakwiye gutanga ikirego muri ONU bakadusubiza ahantu hacu- kuko u Rwanda rw'ubu 26,338 Km2 rwagakwiye kuba hafi 200,000Km2.
wowe Mupenzi sinzi niba uri umurundi cyangwa umunyarwanda,ariko ubusesenguzi bwawe, n'igiparu gusa cyakoza wamenya kudutesha umwanya,yewe uzagende usubire mu bushakakatsi bwawe,twe twavukiye iburundi kandi tukahakurira no muri ayo mateka yose ndumva dufite ibyo tuzi kurusha ibyo utangaje cyane kubya Nyakwigendera Ndadaye,yego Kagame yifitiye ibyo arwanana nabyo bitamworoheye ariko iby'urupfu rw'umuhisi Ndadaye ubishakire ahandi kuko niyo wajya muri sentare ntiwaruburana ngo urutsinde,widutesha umwanya dufite ibindi tugomba gusoma bidufitiye akamaro
inkuru zanyu ziba ari ndende cyane ku buryo bigoye kubona umwanya wo kuzisoma zose ngo uzirangize!!! sinzi niba ari njyewe njyenyine wagize icyo kibazo!!! ariko ntiba hari n'abandi duhuje, rwose muzarebe uko muzajya mwandika inkuru ntoya!! icyakora ziba ari nziza!
Mandevu.
Komeza wiganirire kuko iyakaremye niyo ikamena ubwo rero wagira ngo kubaho kw'inkoko biterwa n'ubushake bw'imberebere cg agaca...ihumurire bibaye byo ubwinshi bw'ihuku bwatuma nta mbeba yongera kubaho...Umuntu arindwa n'iya muhanze ntabwo abeshwaho n'abava amaraso nka we. Singaye uduhanuye ati...abantu barashukika...ngo Habyara yaguze imihoro yo gutema abatutsi icyo ni nacyo gituma abantu bahorana urwango ku mutima kandi ntacyo bibamariye...n'ubu ukoze ibarura urugo wasanga rudafite umupanga wasanga arizo nke....tuve mu kubeshya...koko ubwenge bwari bwiza iyo butamenya bose.
mwabahutumwe muragaswera banyoko,igihe baso nabanyoko bateguraga genocide nti mwari muziko namwe muzapfa,none muri mukwirirwa mutuka kagame na fpr,kereziya gaturika abahaye urubuga rwo gutukana no guteranya,ibyo mutubgira turabizi ariko ntamwanya wabyo dufite. umuhutu uzagira ngo yegure umutwe tuza mwica,mubimenye tugomba kuza kuba umubari wabatutsi banyoko nabaso bishe icuro 4 kugira ngo mwunve. nkuko wagirango nti mugira amatwi.mapping repport mwirirwa muvuga nico mwiremeye nabene wanyu mubitekerezo babazungu,bataziko ubu umunyarwanda yiha agaciro ico nakubgira gusa nuko abahutu bishe nibintu byishi hari nabishwe nubgoba bwamaraso babenyeharabariwe ni nyamaswa harinabandi twishe kugirango tuberekeko nabo bava amaraso.imyaka 30 twamaze hanze mutarayimara ngo mwicuze nta butegetsi muzabona kagame navaho tuza shiraho undi mututsi reka tubibamenyeshe mbere nkuko na chairman wenyine abyivugira ngo azavaho ariko ibitekerezo bye ntibizavaho. umuhutu dushaka nufite kutwunvira uzazana umutwe tuza utema nkuko twagize colonel chiza.
@Mandevu, Joshua
Komera muvandimwe Joshua. Ndibwira y`uko ab`imitima yoroshye batari buguhore urwango rurenze ugaragariza abahutu.
Bibe uko kandi no ku bahutu b`intagondwa bumva bakomeza kuzica urubozo abatutsi kandi baremwe bose mu ishusho y`Imana.
Yaba wowe, abandi batutsi ndetse n`abahutu batekereza nkawe kandi basaritswe n`urwango rushingiye ku moko, ntawe twifuriza ko yakwicwa nk`uko ubyifuriza abandi. Ahubwo ikigomba kwicwa, ni urwo rwango rugutuyemo n`abandi bahezanguni mwese, kandi koko birashoboka ko rwicwa, mwebwe mukabaho rwose kandi nzi neza ntashidikanya ko mwakongera mukaba abantu. Nzi neza ntashidikanya ko ari cyo uru rubuga rwashyiriwe ho, kabone n`ubwo abuzuyemo izo nzangano n`ubutindi bushingiye ku moko babibona mu barushinze. Gusa nzi neza ntashiti ko Abanyarwanda baharanira amahoro y`ukuri kandi ya bene Kanyarwanda bose ari bo benshi kurusha intagondwa. Reka ngusabire ku Mana ngo iguhe kwisuzuma, ubone ububi bw`uwo mwanda z`inzangano z`ubwoko ugutuye mo maze urukundo rwa bose ruture mu mutima wawe, rwirukane mo uwo mwanda w`urwango burundu muri wowe.
Imana yo igusha imvura yayo ku babi no ku beza, niguhe guhinduka kandi ikugire umugabuzi w`amahoro yayo.
Harakabaho Urwanda, Uburundi n`Ibiyaga Bigaro bizira umwiryane, harakabo amahoro ku isi yose.
Umufaransa witwa Pierre Péan niwe wavuze ko abatutsi bakura batozwa kubeshya! sibwo bibaye urubanza, sibwo péan arutsinze! erega ubwo biba byemeje n'urukiko ko abatutsi bavukana ikinyoma, nuwabivuga ubu hakagira umuzanaho amahane bahita bazana jursprudence ya Péan!
Niko ko twese twabaye mu Rwanda mbere ya 1994, abahutu n'abatutsi; ni ryari habayeho umunsi wo guha abahutu imipanga yo gutema abatutsi? Koko abantu babita ababeshyi bikabahama nabo ntibihe akabanga ! None se hari umunyarwanda utaragiraga umupanga, n'abatutsi batemwe bagiraga imipanga yewe nubu mu Rwanda nta rugo ( du moins mu cyaro) rudafite umupanga! None se kuvuga ko umututsi yishwe , ni uko byanze bikunze abantu bavuga ko Habyarimana yaguriye abahutu imipanga abatutsi bo bakaba batarayigiraga? Ese koko hari urugo na rumwe muzi Kabuga yaguriye umupanga! Abazi guhimba inkuru muzabiduhe neza ariko iki kinyoma kizoreka u Rwanda peee! Ntaho tuvuye ntanaho tujya!!
AMAHIRWE YABAHUTU NUKO KAGAME ARIWE URIKUNGOMA IYO AJAKUBA ARINJYE SHA UHEREYE KUBAPADIRI NKABA BABIBA AMACAKUBIRI BAGENDERA KUBYAMOKO NARIKUBA NARABIGISHE UKO BICA ABAPADIRI BIVANGA MURIPOLITIQUE INYANJA NIYO YONYINE YARI GUKEMURA IKIBAZO.
sinarinzi ko abahutu mugira matiku !ibi ko narimbizi ku batutsi mwaje kwiga gute propagande ya barutwitsi?urwanda mwararutwitse muracyarutwika ndabarahiye.ubworero muragirango muteranye abarundi n,abanyarwanda.uburundi mugiye kubukongeza uko mwagize urwanda .mwicecekere abarundi baradusize demokrasi barayumva cyane nta macakubili ashingiye ku moko aharangwa.
Nta na kimwe mubeshemwo. ndababajwe na Président wacu. Nuko gusa ariko adukwegera kandi turazi ko abasoda bacu ba FDD bafatanije na FNL ko Kagame atabwoba yari kudutera.
Arikonumva bavugango nyamwasa afitinyeshyamba nibyo? Nonese apfiki na poul mumbabarire mumbwire
Harya hari abashaka ko urubuga ruyungurura, hoya ntibikabe uwo ni umutego w'umwanzi ngo afite ameyeri menshi ashwi nashaka azazane ibiki...intego ni vuga uko ubyumva...ahubwo dukeneye abafite amakuru ahashya ikibi kujya batungikira inyandiko zabo natwe ako umuntu azi akongereh cg se agorore nasanga hari aho bihengamye kuko hari igihe umuntu ashobora kubona amakuru atuzuye. Ngo ntawe ubuz inyombya kuyombya ngo keretse ushatse kuba nka yo.
Njyewe ni ubwambere nabonye ABAPADIRI b'injijiiiii,bandika ibintu bagamije kwangisha leta iriho abaturage.Icyo nababwira ni uko ibyo mwandika byose tubyima amatwi kubera amafuti n'ubugoryi biba birimo.Leta yacu turayubaha abanyarwanda bose
Amakuru agera ku kinyamakuru Umuvugizi, yemeza ko urwego rw’ubutasi rw’u Bwongereza MI5, rwashoboye gutahura uwo muyoboke wa RNC, ko yacyekwagaho kuba yateza ibibazo muri iyo nama, akoreshejwe na leta y’I Kigali. Byatumye abuzwa kwambuka umupaka w’u Bwongereza n’u Bufaransa. Maneko z’u Bwongereza zamusubije inyuma, zimuha u Bufaransa nabwo bumusubiza I gihugu cy’ u Bubiligi.
Abandika ibiteye isoni, mubareke babyandike kubera uko icyo bashaka ni uko mujya mutoranya ibitekerezo bijya kuri uru rubuga bityo mukaba mukuyeho bwa bwisanzure nyine bwatumaga abantu barukunda. Nimubareke bandike, bandike,ndetse bandike. Nzi ko bazageraho bakabireka. Bamwe batukanaga bitirira aba bapadiri ibyaha by'urukozasoni se mwabonye bataragabanutse. Nimubareke bandike. Intwaro y'uru rubuga ni ''UBWISANZURE MU KWANDIKA ICYO USHAKA''. Umunsi muzaba mwatangiye kugena ibijya ku rubuga n'ibitajyaho muzamenye ko leprophete.fr urugamba yatangije rw'ubwisanzure mu kungurana ibitekerezo irutsinzwe.
Sha ndabyemera...Uziko ariyo Mpamvu NTANUMWE wakandagiye MUBUKWE bwa SHEBUJA wabo mukuru MUSEVENI(M7)!
Ohooo..NKURIUNZIZA Uzongere Uturirimbire iz'IMANA kuri BBC. Waratahuwe. Ubonye uwo wisunga, uzacyura AGAHANGA!
Ino photo ya Nkurunziza na na Kagame,inyibukije imwe ya Rucagu,Bazivamo
arimo yabubuze uko yifata.Ndumva sinzi uwayise la main du troubadour!!!Nawe koko sha Nkurunzi,urakagesera,ntakindi mvuze.Nta soni,ugambaniye abannyanyi sha!!!
Uwanditse iyi nkuru arayintanze kuko narimaze igihe njya impaka n'abantu benshi ku uyoboye u Burundi-Mupenzi urakoze. Nkurunziza we n'ifu iseye.Tutiriwe tureba n'abandi bakure, Nkunda wa hafi arahagije. Akandi Mupenzi atakomojeho n'igihe kagame yasuraga uburundi; abanyamakuru babujijwe ko batazahirahira bakabaza Kagame ibi: Urupfu rwa Ntaryamira, kariya karere ko uburundi n'urwanda barwaniraga(ako Nkurunziza yaje guhebera), no kubaza ku barundi ngo bagize uruhare mw'itsembabwoko rya korewe abatutsi i Rwanda.
Mureke Inkotanyi zikomeze zihe amenyo y'abasetsi. Gusa tubirebe neza kwangiza uru rubuga bagamije si biriya bitera soni bandika: Icyo bagamije ni uguhatira uru rubuga guhindura umuronko rufite wo kureka abantu bakisanzura.Pourquoi les méchants doivent-ils faire la loi ? Ce serait le monde à l'envers ?
Nanjye nitegereje ukuntu uBurundi bwari butangiye gutera imbere muri democracy, wareba ukuntu igitugu n'iterabwoba batangiye gusa nkababikopera mu Rwanda, burya? Urakoze cyane Mupenzi we. Barundi
muhaguruke murwane kuri democracy yanyu mwabonye amaraso amenetse otherwise barayibibye kandi bari bubashore mumatiku nkayo mu Rwanda. Uwo mupresident wanyu nabanje kumwibeshyaho ngirango akunda
abaturage, ariko natangiye kubona ukuntu agira abamunenga, imfu zidasobanutse, iterabwoba ryinzego zishinzwe iperereza n'igiporisi, nsanga inama azigirwa na Kagame, ubwo kandi nimutaba maso ngo
mwirwaneho akanyu kashobotse kuko Kagame ni Shitani yiyambitse isura y'abantu.
Ndababuriye
Kuri Mutabare *10.None wagira ute ko aliko Inkotanyi zikora.Nta kintu kibi kiba kw,isi batazi.Ni abagome muri byose kuva kera batera u Rwanda.Ntuzi bica abantu bati ni Habyara.Baramwishe bati niwe wateguye genocide.Ntuzi za grenades zabo muri Kigali za Rukoma n,ahandi bati ni Muvoma.Ntuzi bica ba Gapyisi,Gatabazi n,izindi nzirakarengane bati ni Habyara.None reba ariya mahano bari kwandika ngo ba Padri babyanditse.Kandi mbambwize ukuri:Inkotanyi nizitihana ntizizajya mw,ijuru!!!!
intore za kagame zatangiye kwangiza uru rubuga di. zirashiraho amagambo agayitse kungirango abantu bange gusura ururubuga. ariko ziragorwa nubusa, umuti wazo araza kuboneka. mwihangane basomyi, akazo
karaza gushoboka. abantu babura ibitekerezo batanga bkwirindwa batukana bandika nubusa.
GENDA fpr warakubitse
Ndasaba abakuru ba le prophete.fr ko niba hataraboneka ubwenge bwo kubanza kureba inkuru mbere yo kuyitambutsa, mube muhagaritse site kugeza igihe bizashobokera.Jye ndi umukristo kandi uru rubuga
nari nabonye hari icyo rwamara mu kuvugisha ukuri no guhuza abantu bashyira mu gaciro, rwose simbabeshye nimbona mukomeje kureka inyandiko zose n'ibitsina ndetse n'ibitutsi zitambuka:
1. Imbaraga uru rubuga rwari rufite zizayoyoka.
2. Ni urubuga rw'abanyabwenge apana inkandagira zizana iby'ibitsina
3. Rwari rwatangiye kuvugisha menshi gouvernement ya kigali
Mwisubireho murebe ukuntu mwarutunganya, cyangwa umuntu wumva ari serieux akaba yadukorera urundi rutajyaho amateshwa arudukorere.
Murakoze kandi murakarama
Ariko rero basomyi b'uru rubuga bagenzi bange ndabasabye iyo badushyiriyeho amakuru baba bagirango twungurane ibitekerezo, ntabwo biba bivuga ko tugomba kwishyiriraho ibyo twiboneye; tugomba gushyiraho ibyubaka nta gushyiraho ibintu bidafite aho bihuriye nibyo batubwira!!!
Kagame yaratomboye:Yiboneye Kabila wa Kongo yongeraho Nkurunziza w'uBurundi. Museveni mukuru we yamukubye na zero. Amateka yigisha byinshi koko: Habyarimana ni iki atakoreye Museveni? Inyiturano ntitwayibonye. Mwitonde gatoya muzareba uliya mukinyi w'umupira, uramutsa Kagame n'amaboko abili, igihe Nyirubutungane atanamureba, ejo tuzumva yabuze epfo naruguru!
Aliko se ino nyandiko #4, yo kandi iratwungura iki?
Les imbeciles s'eliminent d'eux memes disaient Gisimba.
Ibikundanye birajyananka Mukugwa na Nyabarongo.Hari umuntu twaganiye ibibera mu karere ,kandi ni umurundi,ati erega bulya ca Nkurunziza ni Ikirofa.None nabyo bishaka kuvuga ikivagundu?Abazi ikirundi munsubize.Nkurunziza aronse uwo yikururira?Ni byo koko baravuze(abatutsi kandi)ngo umuhutu agira inda ntagira inzigo.Mu kirundi kandi ngo bulya umuhutu bivuga:Muhutwo.Wagira ute?Ndagushimiye wa mugagabo utugejejeho iyi nkuru.Byari bisanzwe bizwi ko Nkurunziza yakwamye.Uzi agakungu kabo bakinana Tennis.Ararwe ari menge kandi amaraso ya Agathon azabahame.Ntasoni.Ba Nkundiye ntaho bataba.Nkundiye yari umushi waje i Nyanza kuyoboka umwami w,u Rwanda,noneho umuntu aramubwira ati uzi hejuru yaho wicaye mu nzu y,ibwami hamanitse ibishahu bya so Kabego!!!Ntumbaze ibyakurikiyeho.Nkurunziza nawe ni nka Nkundiye.Ubwo azavuga ko atazi urwo Ndadaye na mugenzi bapfuye n,uwabivuganye.Aliko buriya Kagame agira umutima cg ni inyamaswa,kuko agiye kuzarusha Sekuruza Kabare ubwicanyi.Ni byo koko ngo akamasa kazazimara kazivukamo.
Iyi analysis ni yo rwose. Urakoze Mupenzi. Ndetse n`ikimenyimenyi ku bijyanye n`itegurwa ry`iyicwa rya Agathon Rwasa ubu ngo ubarizwa muri Kongo, Uburundi buherutse gutangaza le lendemain y`urupfu
rwa Ossama ko rugiye narwo kubigenza nk`uko Amerika yabigenje, rutere Congo nta ruhushya Congo iruhaye maze rwice Agathon rwasa. Gusa kubera kutaba strategist, bakoze ikosa rikomeye bavuga umugambi
wabo birengagije ko Amerika ijya gutera Pakistani itigeze inabimenyesha iki gihugu kugira ngo bikorwe mu ibanga rikomeye. N`ubwo mbyita ikosa rikomeye ryakozwe n`Uburundi ariko, simbishyigikiye na
mba. Twese turabizi ko Uburundi umuntu yakwita weak state nka Congo ubwayo, nta bushobozi bufite bwo gutera Congo. Rwari rero urwitwazo (alibi) kugira ngo Urwanda rubone uko rwongera gutera Congo
rukajya kwica abanyekongo ariko bikitirwa ko Uburundi ari bwo bubikora ku bw`impamvu z`umutekano wabo.
Amahanga yose ubu ahanze amaso Urwanda. Nta yindi 'preamptive/preventive war' nk`uko Urwanda rwabyise icyo gihe muri za 1996 rutera Kongo ( usibye ko itanari yo) izongera kubaho. Kubera ubu gushyirwa mu kato, kugira Uburundi agakingirizo ni byo Urwanda ubu rwimikije imbere. Nyamara Nkurunziza yitonde. Kagame nta nshuti n`imwe agira. Ntawe utamuzi. Abarundi, nimwange agasuzuguro mwoye kugirwa ingaruzwamuheto za Kagame, maze murebe ko amahoro adasakara aha iwacu mu Biyaga Bigari.
Sinozubwonkonafpr
INKURU ZOSE Z’ IGITUBA-KURI BLOG YA MBERE IGANIRA KU GITSINA MU KINYARWANDA! ICYITONDERWA:Inkuru nyinshi ziri kuri ino Site zagenewe abantu bakuru kandi zikoresha imvugo yeruye!Byabaye ngombwa ko
tubigenza gutyo kuko isoni zirisha uburozi. Wivunika ushakisha inkuru ukeneye ku igituba cyawe, imboro yawe, guswera, indwara z’ibitsina,kwikinisha,ibibazo by’igitsina,umuco n’igitsina, kubaka urugo
ruhirekuri ino page ushobora guhitamo inkuru wifuza gusoma ku gice ushaka. Niba inkuru wifuza utayibonye shakisha ku mashini ya Google iri kuri ino SITE.
UMUCO NYARWANDA N’IGITSINA
GUKUNA
Gukuna ni umuhango w’abakobwa ugamije gutunganya no gutegura neza igitsina cyabo. Soma izi nkuru ku gukuna usobanukirwe neza iby’uwo muhango wihishe mu ibanga ry’Umuco Nyarwanda
1.Gukuna Ni Iki?
2.Gukuna muri iki Gihe
3.Mbese Umugore Wabyaye Yakuna Bigakunda?
4.Akamaro ko Gukuna
IMIHANGO Y’UBUKWE BWA KINYARWANDA 1.Gushyingira no Gushyingirwa
2.Gukwa
3.Gutenda
4.Ibyo Basabisha Umugeni
5.Intangiriro yo Gusaba
6.Inzoga zo mu Kingogo, Bushiru n’Ahandi
7.Kuraguriza Umugeni
8.Kuraguza no Guterekera
9.Kuraguza, Guterekera, Indibu
10.Ikigagara
11.Umuranga
12.Guhana Umukobwa
13.Inkuri n’Igiseke
14.Ihaguruka ry’Umugeni
15.Guca mu Irembo no Kwanura
16.Gucunda, Guca Hagati, Kumara Amavuta
17.Gukirana no Kumara Amavuta
18.Gusenda Abakwe
19.Kubyukurutsa
20.Kumenyereza no Kurisha Umugeni
21.Kurongora no Kurongorwa
22.Kwakira Umwishywa
23.Nyuma yo kurongora
24.Gutekesha
25.Gutwikurura
26.Kubonera Urugo
27.Impamvu zo Gutandukana k’Umugore
28.Impamvu zo Gutandukana k’Umugabo
29.Kwanura
30.gutandukana
31.Gusenda
32.Kurongoranya
33.Gukoranura
34.Imihango n’Imiziririzo y’Abashyingiwe
35.Kwiba Umukobwa
36.Kurarira
37.Kumviriza
INGANZO Y’IGITUBA
Ubuvanganzo bujyanye n’urukundo n’imyanya ndangabitsina y’umugabo n’umugore. Muri iki gice harimo igiparu, urwenya,imigani y’imigenurano, Ibisakuzo n’imivugo ku gitsina n’urukundo.
1.Igiparu ku Igituba I
2.Igiparu ku Igituba II
3.Urwenya rw’Igituba
4.Igisingizo cy’Igituba
5.Igisingizo cy’Imboro
6.Ndwaye Sida
3.Ibisakuzo by’Igituba I
4.Ibisakuzo by’Igituba II
5.Imigenurano y’Igituba
6.Imigenurano y’Igituba 2
7.Ibitutsi by’Imboro n’Igituba
8.Urwo Ngukunda Rwaruse Izindi
9.Kaze Mfura ya Mama
10.Inzoga ni Nzobya-Bangambiki
11.Ndatabariza Abagore
12.Igituba Kiraryana
13.Ngwino Mugabo Wanjye
14.Nyambo Iruta Ibigarama
15.Umwari Utagira Inenge
16.Nugururiye Inyange
17.Marebe Atembaho Amaribori
18.Zirikana Ibanga ry’Umukunzi
19.Upfunduye Amabere
20.Rukundo
21.Nanga Abagore
22.Nanga Abagabo
23.Mukobwa Ndagowe
24.Kwibuka
kandi cya nkurunziza ni igihutu!uwampa kagame azakirigasure! | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"swh_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"fra_Latn",
"fra_Latn",
"fra_Latn",
"fra_Latn",
"fra_Latn",
"run_Latn",
"fra_Latn",
"fra_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"eng_Latn",
"eng_Latn",
"eng_Latn",
"eng_Latn",
"eng_Latn",
"eng_Latn",
"eng_Latn",
"eng_Latn",
"eng_Latn",
"eng_Latn",
"eng_Latn",
"eng_Latn",
"eng_Latn",
"eng_Latn",
"eng_Latn",
"eng_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"fra_Latn",
"fra_Latn",
"fra_Latn",
"ind_Latn",
"fra_Latn",
"fra_Latn",
"fra_Latn",
"fra_Latn",
"fra_Latn",
"fra_Latn",
"fra_Latn",
"fra_Latn",
"fra_Latn",
"fra_Latn",
"fra_Latn",
"fra_Latn",
"lua_Latn",
"fra_Latn",
"fra_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"eng_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"plt_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"swh_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"fra_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"fij_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"cjk_Latn",
"sna_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"mri_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"bem_Latn",
"nob_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"lua_Latn",
"sna_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"bem_Latn",
"tum_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"sna_Latn",
"run_Latn",
"kon_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"som_Latn",
"kin_Latn",
"kon_Latn",
"tso_Latn",
"som_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"tso_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"bug_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn",
"kin_Latn",
"knc_Latn",
"run_Latn",
"knc_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | b95d36884fcb4d53188d0c092929b5c6 | keep | [] | [
5.8,
4.9,
10,
10,
10,
10,
10,
10,
8.4
] |
./WIDE-20121007083612-crawl335/WIDE-20121007095304-01745.warc.gz | 599,212,730 | 5,342 | 19,863 | http://izuba.org.rw/i-761-c-3_a2.izuba | text/html | 2012-10-07T10:22:11 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] | [
0.9759,
0.0241,
0
] | Imikino
Abakinnyi bane b’Abanyarwanda bagiye kwerekeza mu igeragezwa mu gihugu cy’Ubufaransa babifashijwemo na Richard Tardy, umutoza w’ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 20 na 17.
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA rimaze kubona miliyoni eshanu n’ibihumbi ijana z’amafaranga y’u Rwanda zizashyirwa mu kigega Agaciro Development Fund.
Umuyobozi w’Ishyirahamwe ry’umukino w’intoki wa Basketball mu Rwanda (Ferwaba) ari we Mugwiza Désiré aratangaza ko bazatanga amafaranga angana na miliyoni 3 mu kigega “Agaciro Development Fund”.
Tariki ya 18 Nzeli 2012, ahagana mu masaha ya saa cyenda ni bwo imodoka nyinshi zarangajwe imbere na moto zitari nke zageraga mu Karere ka Nyanza, iyi nta yindi ije ni ikipe ya Rayon Sport igarutse ku isoko, aho igiye gukomereza ubuzima bwayo.
- Abanyarwanda baba mu bihugu bitandukanye nabo bashyigikiye Ag DF
- Rayon Sport yakiriwe nk’umwami i Nyanza
- Itsinda ry’abasirikare 24 nibo bashyizweho kugenzura imipaka ya Kongo n’ibihugu bihana imbibi
- Rwanda: Mu myaka 18 ishize rwatanze impamyabumenyi ku bagera ku 58.000
- Abatwara ibinyabiziga barasabwa kubahiriza amategeko y’umuhanda | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | de8bad21a733335a68b8af8c413635b1 | keep | [] | [
6,
8.6,
10,
9.8,
8.9,
9.8,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121007083612-crawl335/WIDE-20121007095304-01745.warc.gz | 673,153,712 | 6,665 | 23,312 | http://izuba.org.rw/i-761-a-33830.izuba | text/html | 2012-10-07T10:23:01 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] | [
0.9829,
0.0171,
0
] | Imikino
Antwerp igiye kohereza abantu gushaka abakinnyi mu Rwanda
Ikipe ya Royal Antwerp yo mu cyiciro cya kabiri mu gihugu cy’u Bubiligi izohereza abashinzwe kuyishakira abakinnyi (scouts) bayo mu Rwanda mu Gushyingo uyu mwaka wa 2012, bazaba baje gukurikirana shampiyona y’u Rwanda no kureba abakinnyi bashobora kwerekeza muri iyi kipe mu Kwakira.
Antwerp isanzwe ifite ubufatanye bwo gukorana n’ikipe ya SEC ya hano mu Rwanda mu cyiciro cya kabiri ndetse ubwo bufatanye bugomba kumara imyaka itanu.
Umuyobozi wa SEC, Munyandamutsa Augustin avuga ko ubwo bufatanye buzajya butuma abakinnyi ba SEC cyangwa abandi bafite impano mu Rwanda bajya gukora igeragezwa muri iyi kipe yo mu Bubiligi.
Munyandamutsa aganira n’ikinyamakuru Izuba Rirashe kuwa 17 Nzeli 2012 yavuze ko iyi kipe yasabye ko noneho ariyo yakohereza abaza gukurikirana abakinnyi bafite impano muri shampiyona y’u Rwanda mu gihe byari bimenyerewe ko ubundi abo bakinnyi ari bo bajya mu Bubiligi.
Uyu muyobozi (Munyandamutsa) yagize ati “Antwerp izohereza abantu bazagera mu Rwanda mu Gushyingo kandi bazamara iminsi bakurikirana shampiyona y’u Rwanda ndetse barebamo n’abakinnyi bafite impano bashobora kugura bitandukanye n’uko byari bisanzwe aho twajyanaga abakinnyi bakajya gukora igeragezwa mu Bubirigi.”
Munyandamutsa akomeza avuga ko hari abasore babiri bo muri SEC aribo Dushimimana Mohammed na Isae Songa baherutse mu Bubirigi gukora igeragezwa muri iyi kipe ndetse Mohammed ngo ashobora no gutsinda kuko akiriyo mu gihe Isae yagarutse mu Rwanda Antwerp itamushimye.
Kuva Antwerp yasinya amasezerano na SEC y’ubufatanye bw’imyaka itanu, Salomon Nirisalike wahoze akinira SEC n’Isonga Fc niwe mukinnyi wenyine iyi kipe imaze kugura imukuye mu Rwanda. Uyu musore yamuguze ibihumbi mirongo inani by’amayero asinya imyaka ibiri n’igice.
Igitekerezo cyawe
- Abanyarwanda baba mu bihugu bitandukanye nabo bashyigikiye Ag DF
- Rayon Sport yakiriwe nk’umwami i Nyanza
- Itsinda ry’abasirikare 24 nibo bashyizweho kugenzura imipaka ya Kongo n’ibihugu bihana imbibi
- Rwanda: Mu myaka 18 ishize rwatanze impamyabumenyi ku bagera ku 58.000
- Abatwara ibinyabiziga barasabwa kubahiriza amategeko y’umuhanda | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | b101474f01fd047ed123f57ec8386dce | keep | [] | [
5.9,
6.9,
10,
10,
10,
10,
10,
4,
0
] |
./WIDE-20121029025433-crawl410/WIDE-20121029035637-04083.warc.gz | 141,060,268 | 12,063 | 56,717 | http://umuseke.com/?p=45649 | text/html | 2012-10-29T04:05:26 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] | [
0.9856,
0.0144,
0
] | Updates: Kugeza ubu umutoza Raoul Shungu yemeza ko azagera mu Rwanda kuwa kabiri w’iki cyumweru nyuma y’uko atabashije kuhagera ku cyumweru tariki 30 Nzeri nkuko byari biteganyijwe.
Nta gihindutse ku cyumweru tariki 30 Nzeri 2012 umutoza Raoul Shungu Jean Pierre azagera i Kigali ajye i Nyanza kuvugana n’ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports ngo abe yayibera umutoza nanone.
Nkuko tubikesha umwe mu bari hafi y’iyi kipe utifuje gutangazwa, Raoul ngo yamaze gushakirwa uburyo azagera i Kigali ku cyumweru nyuma y’umukino ikipe atoza ya AS Vita Club izaba imaze gukinira na OC Muungano y’i Bukavu.
Uyu mutoza uzaba wazanye n’ikipe ye akaba atazasubira i Kinshasa n’ikipe ye ya Vita Club ya president wayo , ahubwo akazahita aza mu biganiro na Rayon Sports nkuko byemezwa n’umwe mubari hafi ya Rayon Sports ubu.
Mu kwezi kwa 11/2011 nibwo Raoul Shungu yumvikanye na Général Major Gabriel Amisi Kumba “Tango Four” gutoza AS Vita Club abereye umuyobozi maze asinya amasezerano y’imyaka ibiri.
Kuva ikipe ya Rayon Sports yasubira ku ivuko ryayo i Nyanza imaze gutsindwa imikino ibiri ya shampionat.
Abafana bayo bamwe bavuga ko ari abatoza Ali Bizimungu na Abdou Mbarushimana bayitoza ubu badashoboye, aba nabo ariko bakavuga ko bafite ikibazo cy’abakinnyi bagombaga kubakiraho ikipe nka Hamiss Cedric, Sibomana Hussein, Etienne Karekezi n’abandi ubu batari mu ikipe.
Raoul Jean Pierre Shungu niwe mutoza wahaye Rayon Sports igikombe mpuzamahanga cya CECAFA y’amakipe mu 1998 akivanye hanze y’u Rwanda. Ndetse n’ibikombe bya shampionat yo mu Rwanda mu 1997, 1998 na 2002, abafana benshi ba Rayon bavuga ko batazamwibagirwa.
Uyu mutoza yavuye muri Rayon yirukanywe mu kwa munani 2009. Nyuma yo kugenda yareze Rayon Sports ko imufitiye umwenda wa 45 000USD, umwenda yaba n’ubu atarishyurwa.
UMUSEKE.COM
raoul ni umutoza usanzwe ni aho ari arungirije keretse niba ashaka induru nkizo twamuhaye ubushize equipe y’imugandamure ubu ni iya mbere uhereye inyuma
hhhhhhhhhhhh
TUGUHAYE IKAZE NAHO UBUNDI RAYON YARANGIYE.ARIKO NAWE TUVUGE IBINTU DUSUBIRE IBINDI USHOBORA KUBA WARABUZE INDI EPUIPE WATOZA.NONE SE TUVUGE KO ARI UGUKUNDA RAYON?AHAAAA TURAGUTEGEREJE NTAWAMENYA.ARIKO ABAFANA NTIMUNYUMVE NABI JYEWE MVUGA UKO MFYUMVA.NYAMARA NDABONA TUZAKOMEZA TUKANYAGIRWA NIMVURA YAMAHINDU.ARIKO JYEWE NZAJYA NIYUGAMIRA DA.
rayon tuzayigwa inyuma ariko abayobozi bagerageze bumvikane na bariya bakinnyi bashya yari yifuje gusinyisha maze ikipe yacu yongere idushimishe twibyinire murera karibu rawul
nibyo koko niwowe wiyitiriye ibyabandi.Uyereka ukabatizwa mbere yokwiyita umufana wa gesenyi man !
wapi ntugikeneye kuyigwa inyuma kuko nayo ubwayo irabyishoboreye.Sukungwa inyuma uvuga ? ubuse ntubona ko irinyuma yazose koko !
Arikose raurshung na rayon sport ni nide waroze undi?
shenge shungu, shangingi shushu gikundiro…
Mwihane ibiganiro bigende neza,turebe ko twakira iriya mvura y’ibitego imaze iminsi itunyagira,rwose turahangayitse pee!!!Raoul karibu wasanga ari igisubizo Imana itanze…Oh..Rayon..!!!.. | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"cat_Latn",
"run_Latn",
"zho_Hant",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"sna_Latn",
"run_Latn"
] | allowed | 88496e70eceebc66460c4111d06179f9 | keep | [] | [
7.8,
9.5,
10,
10,
10,
10,
10,
2,
0
] |
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029040749-03692.warc.gz | 172,259,540 | 7,428 | 30,450 | http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1206060919 | text/html | 2012-10-29T04:10:56 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] | [
0.9976,
0.0024,
0
] | Ikipe y'igihugu mu mukino w'amagare iri kurushaho gutera imbere: Jonathan Boyer.
Umutoza w’ikipe y’igihugu mu mukino w’amagare ikubutse mu gihugu cya Eritrea aho abasore b’abanyarwanda bitwaye neza bakaza mu myanya ya hafi. Jonathan Boyer yishimiye uburyo bitwaye bahangana n’amakipe akomeye muri Afurika.
Iri rushanwa ryitwa Tour of Eritrea ryatangiye ku italiki 30 Gicurasi rikarangira kuya 3 Kamena ryari ryitabiriwe n’amakipe 15 hamwe n’abakinnyi bagera kuri 90 baturutse mu bihugu bitandukanye hano muri Afurika.
Iri rushanwa ryarangiye ryegukanwe n’umunya Afurika y’Epfo Jacques Janse van Rensburg ukinira ikipe ya MTN-Qhubeka ibarizwamo n’umunyarwanda Adrien Niyonshuti. Rensburg niwe ubaye mukinnyi wa mbere w’umunyamahanga wegukanye iri rushanwa atari umunya Eritrea.
Umutoza w’ikipe y’igihugu yatangaje ko yishimiye uburyo bitwaye, akomeza ashimangira ko Team Rwanda iri kurushaho gutera imbere ku buryo bugaragara. Abraham Ruhumuriza niwe wigaragaje mu bakinnyi b’abanyarwanda aho yasoje ari ku mwanya wa 17.
Uko abagize Team Rwanda bitwaye.
Abraham Ruhumuriza (17)
Habiyambere Nicodem (20)
Biziyaremye Joseph (21)
Byukusenge Nathan (22)
Rudahunga Emmanuel (30)
Hadi Janvier (31)
Abakinnyi batatu baje imbere muri Tour of Eritrea 2012.
1. Jacques Janse Van Rensburg (MTN-Qhubeka)
2. Frekalsi Debesay (Eritrean National Team)
3. Azzedine Lagab (Algeria National Team)
Irushanwa rya Tour of Eritrea n’isiganwa mpuzamahanga riri ku rwego rwo hejuru cyane bitewe n’amakipe yitabira iri rushanwa. Igihugu cya Eritrea kikaba kiza mu myanya ya mbere muri Afurika mu mukino w’amagare.
Source: Ferwacy.com
Rutaganda Ponny | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"lug_Latn",
"run_Latn",
"taq_Latn",
"run_Latn",
"lim_Latn",
"fao_Latn",
"eng_Latn",
"run_Latn",
"ita_Latn",
"scn_Latn"
] | allowed | 24e9f5510ae74bd94d0f922757dc4fa1 | keep | [] | [
6.8,
8.9,
10,
9.6,
10,
9.8,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029040749-03692.warc.gz | 185,346,224 | 7,309 | 30,022 | http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1207050145 | text/html | 2012-10-29T04:11:55 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kik_Latn"
] | [
0.9986,
0.0014,
0
] | APR FC yisubije igikombe cyAmahoro itsinze Police FC 2-1.
Ikipe ya APR FC niyo yegukanye igikombe cy’Amahoro 2012 cyatewe inkunga na MTN itsinze Police FC ku mukino wa nyuma ibitego 2-1. Uyu mukino utari woroshye iminota 90 yarangiye amakipe anganya 1-1 hitabazwa iyinyongera ari naho Karekezi Olivier yatsindiye igitego cyahesheje intsinzi APR FC.
Ikipe ya Police FC yongeye gutsindirwa ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’amahoro binyuze mu minota y’inyongera nkuko umwaka ushize byayigendekeye itsindwa 4-2.
Iyi ikaba ari incuro ya gatatu yikurikiranya APR FC itwaye igikombe cy’amahoro bigaragara ko imaze kukiharira.
Police FC niyo yafunguye amazamu ku munota wa 65 w’igice cya kabiri kuri penaliti yatewe na Kagere Meddie. APR yakomeje gusatira maze ihita icyishyura hasigaye iminota mike ngo umukino urangire igitego cyatsinzwe na Mugiraneza Jean Baptiste.
Umukino warangiye rubuze gica hitabazwa iminota 30 y’inyongera, iyi minota amakipe yose yagaragaje umunaniro, habura iminota 4 gusa ngo hitabazwe penaliti Karekezi Olivier wari winjiye mu gice cya kabiri yaje gutsindira APR igitego cya kabiri.
Mbere y’uyu mukino Rayon Sports yakinnye na AS Kigali birwanira umwanya wa gatatu. Umukino warangiye amakipe yombi anganya ibitego 2-2 hakitabazwa penaliti. Rayon Sports niyo yegukanye umwanya wa gatatu itsinze penaliti 5-4.
Ku ifoto hejuru, APR FC ubwo yatwaraga iki gikombe umwaka ushize.
Rutaganda Ponny | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"scn_Latn"
] | allowed | eb0a34b2133f8020bae0cb9a3a904b65 | keep | [] | [
8,
10,
10,
10,
10,
9.9,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029040749-03692.warc.gz | 185,943,683 | 7,237 | 29,694 | http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1206051014 | text/html | 2012-10-29T04:11:59 | wide6 | [
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] | [
0.9994,
0.0006,
0
] | Manchester United yamaze kwibikaho Shinji Kagawa.
Ikipe ya Manchester United iratangaza ko yamaze kugura umuyapani Shinji Kagawa w’imyaka 23 wakiniraga Borusia Dortumund mu Budage.
Nyuma y’ubwumvikane hagati y’amakipe yombi Shinji Kagawa yaguzwe amafaranga angana na miliyoni 12 z’amapawundi. Igisigaye akaba ari isuzuma buzima agomba gukorerwa muri uku kwezi.
Mu itangazo ryashyizwe hanze n’ubuyobozi bwa Manchester United riragira riti: “twishimiye kubamenyesha ko twamaze kumvikana na Dortumund ku igurwa rya Shinji Kagawa”.
Kagawa ubu akaba arikumwe n’ikipe y’igihugu y’Ubuyapani aho bari mu majonjora yo gushaka tike y’igikombe cy’isi ku mugabane wa Aziya.
Uyu musore yafashije ikipe ya Dortumund kwegukana ibikombe bibiri bya shampiyona mu myaka ibiri ishize ndetse uyu mwaka atorwa mu ikipe y’abakinnyi 11 bitwaye neza mu Bidage.
Umutoza wa Manchester United, Alex Ferguson akaba yarakomeje gukurikiranira hafi Kagawa mu mikino itandukanye yagiye aza kumureba harimo n’uwo Durtumund yegukanyeho igikombe cy’Igihugu itsinze Bayern Munich ibitego 5-2.
Rutaganda Ponny | [
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"scn_Latn"
] | allowed | 3833fd6c9ed74012fc10b6d0e8c1a2c1 | keep | [] | [
7.7,
10,
10,
10,
9.6,
10,
10,
0,
0
] |
Subsets and Splits