Search is not available for this dataset
f
stringlengths
53
165
o
int64
491
10.6B
s
int64
466
4.27M
rs
int64
3
4.17M
u
stringlengths
16
4.36k
c
stringclasses
11 values
ts
timestamp[ms]
collection
stringclasses
21 values
lang
sequencelengths
3
3
prob
sequencelengths
3
3
text
stringlengths
501
1.28M
seg_langs
sequencelengths
1
9.45k
robotstxt
stringclasses
1 value
id
stringlengths
32
32
filter
stringclasses
1 value
pii
sequencelengths
0
144
doc_scores
sequencelengths
9
9
./WIDE-20121028164924-crawl417/WIDE-20121028175044-03626.warc.gz
829,021,928
7,526
30,318
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1207010859
text/html
2012-10-28T18:34:03
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "lug_Latn" ]
[ 0.9213, 0.0787, 0 ]
Umuhanzi Dudu T. Niyukuri utuye i Burundi ari kubarizwa mu Rwanda. Kuwa Gatanu tariki 29/06/2012, nibwo umuhanzi w’umunyarwanda ubarizwa mu gihugu cy’u Burundi Dudu T. Niyukuri yagaragaye mu mujyi wa Kigali, aho yagaragaye kuri Evangelical Restoration Church Kimisagara muri Shekinah Week aririmba, nyuma mu masaha y’umugoroba akaba yagaragaye mu gitaramo cya Eddie Mico kuri St Etinne EAR Biryogo. Dudu Ubwo twamusanga mu mujyi wa Kigali mu gitondo cyo kuwa Gatandatu, ari kumwe n’umwe mubamufasha ibikorwa bye bya muzika inaha mu Rwanda Yvan Ngenzi, Dudu yadutangarije ko yagarurse mu Rwanda kureba uko igikorwa cya alubumu aherutse gushyira ku isoko kimeze, ariko akaba azagaragara mu bitaramo byinshi bitandukanye biteganyijwe mu mpera za kino cyumweru (weekend), harimo Shekinah Week, mu materaniro yo ku cyumweru kuri Zion Temple na Restoration Church Kicukiro n’ahandi hatandukanye. Mu magambo ye yagize ati “Biranjimisha kugaruka mu rugo, kuko n’ubwo Bujumbura ariho mba kandi mpafite ibikorwa byinshi ntibivanaho ko ndi umunyarwanda kandi nkunda igihugu cyanjye, cyane ko ndi gutegura ibikorwa byinshi inaha kugirango nk’uko Burundi ndi umwe mu bahanzi baririmba indirimbo z’Imana bakomeye kandi bakunzwe, ntange n’umusanzu wanjye ku gihugu cyanjye” Tubabwire ko Alubumu y’indirimbo ya Dudu kugeza ubu iboneka kuri Gift Supermarket mu mujyi wa Kigali ikaba igura 5000Frw. Patrick Kanyamibwa.
[ "run_Latn", "run_Latn", "jav_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn" ]
allowed
823be912658e3c06fecc5491caa60427
keep
[]
[ 6, 7.3, 10, 10, 10, 10, 10, 2, 0 ]
./WIDE-20121022025556-crawl410/WIDE-20121022033329-03004.warc.gz
166,038,975
10,412
52,153
http://umuseke.com/?p=7197
text/html
2012-10-22T03:56:27
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "sna_Latn" ]
[ 0.9472, 0.0527, 0 ]
Uyu mu raperi (Rapper) yakoze impanuka ku mucanga, mw’itangazo ryashyizwe ahagaragara n’abakozi be riragira riti “Sean Kingston yakoze impanuka uyu munsi, ntayandi makuru araboneka, umuryango we urashimira abari kumwifuriza kwihangana” Sean Kingston/Photo myspace sean kingston Sean Kingston w’imyaka 21 akaba yakoze impanuka ikomeye i Miami muri leta ya Florida aho yishimishaga ku mugoroba w’ejo muri Jet Ski (Utumoto two ku mazi) akaba aka kamoto kamujugunye akitura hakurya. Uyu mu ririmbyi witeguraga kuza mu Rwanda muri Guma Guma superstar ubu akaba abarizwa mu bitaro bya Miami’s Jackson Memorial Hospital, ari nawo mujyi yavukiyemo. Umukobwa wari kumwe na Sean Kingston kuri aka kamoto witwa Kisean Anderson nawe ngo akaba yakomeretse bidakanganye. Bene uyu munyenga wa Jet Ski niwo yazize Plaisir Muzogeye umuseke.com ngayo nguko mniko abanyarwanda bavuga ubwo nyine guma guma yihangane nabayikunda sawa rwiose izi nkuru turacyazikunda gusa yihanga umuvuduko numunyenga ariko urica yihangane bibaho mubuzima gusa i believ Imana irakora ibyayo umunyenga uzarikora!ubu primus guma guma noneho iburiyemo?bralirwa yihangane. niyihangane ntibakishimishengobakabye Ni akababaro kabisa; Gusa I think God will help him and Nizeye kandi ko tuzamubona ejo bundi yorohewe!
[ "run_Latn", "zho_Hans", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "cat_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn" ]
allowed
405e9ffd450e29d2a43ab163fe36fcb6
keep
[]
[ 6.7, 8.4, 10, 10, 10, 10, 10, 0, 0 ]
./WIDE-20121107130837-crawl410/WIDE-20121107171514-05287.warc.gz
315,986,073
19,458
96,668
http://www.therwandan.com/ki/2012/09/02/
text/html
2012-11-07T18:43:31
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "swh_Latn" ]
[ 0.9889, 0.0111, 0 ]
Daily Archives: 02/09/2012 16:16 Tony Blair mu Rwanda Nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru kibogamiye kuri Leta ya FPR, The New Times, uwahoze ari ministre w’intebe w’u Bwongereza Bwana Tony Blair kuri uyu wa gatanu tariki ya 31 Kanama 2012, yabonanye Perezida Kagame ngo baganira intera u Rwanda rugezeho rugabanya ubukene, n’imbaraga u Rwanda rushyira muri gahunda zo kubaka ubushobozi bw’ibigo bya Leta, hagamijwe kugera ku ntego z’iterambere igihugu kihaye. Maître Evode Uwizeyimana ati:”Faustin Twagiramungu nadacisha make ndamushyira hanze ntankangishe ko ari umusaza” Mushobora kwisomera inyandiko yatangajwe na Me Evode Uwizeyimana akoresheje urubuga Democracy Human Rights aho yiyama Bwana Faustin Twagiramungu umukuru w’ishyaka RDI-Rwanda Rwiza.
[ "eng_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn" ]
allowed
d0f0e87ac4cf1bc25e05db351c6cd381
keep
[]
[ 5.9, 8.3, 10, 9.9, 9.1, 9.6, 10, 1, 0 ]
./WIDE-20120919233639-crawl421/WIDE-20120920005951-00027.warc.gz
456,695,216
4,874
17,206
http://ferwafa.rw/youth-football/amavubi-academy
text/html
2012-09-20T02:20:16
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "lug_Latn" ]
[ 0.9599, 0.0401, 0 ]
Amavubi Academy Tardy agiye gufasha abakinnyi ku kujya mu igeragezwa - Tuesday, 18 September 2012 - Webmaster Umuyobozi ushinzwe Tekiniki Richard Tardy azafasha abakinnyi bane b’Abanyarwanda kwerekeza mu igeragezwa mu gihugu cy’Ubufaransa.Read more... Foster yishimiye uburyo abatoza bakurikirana amahugurwa - Wednesday, 05 September 2012 - Webmaster Umwongereza Andy Foster yishimiye uburyo abatoza ba za centres de formations naza academies barimo gukurikirana amasomo abaha agamije kubongera ubumenyi bwo guteza imbere umupira w’amaguru uhereye mu bana bato.Read more... Amakipe yo mu Rwanda asabwe kwita ku bana - Monday, 14 May 2012 - Webmaster Umuyobozi w’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (Ferwafa), Ntagungira Celestin Abega aragira inama amakipe yo mu Rwanda ko yakwibanda mu bakinnyi bato kuko byazazana umusaruro mwiza mu mupira w’amaguru.Read more...
[ "zho_Hans", "run_Latn", "eng_Latn", "zho_Hans", "run_Latn", "run_Latn", "eng_Latn", "zho_Hans", "kin_Latn", "run_Latn", "eng_Latn", "zho_Hans", "run_Latn" ]
allowed
b9432a146ef3cf5a1eb2f162d6093aaf
keep
[]
[ 5.2, 7, 10, 9.6, 10, 9.7, 10, 0, 0 ]
./WIDE-20121012064333-crawl339/WIDE-20121012072839-01658.warc.gz
346,216,882
5,646
16,424
http://orinfor.gov.rw/printmedia/topstory.php?id=4344
text/html
2012-10-12T07:47:36
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "sna_Latn" ]
[ 0.985, 0.015, 0 ]
Viewed 70 Times Abakozi ba leta n’abayobozi batandukanye barasabwa gufata sport nk’inshingano zabo kuko ifitiye akamaro ubuzima bwabo kandi ko sport idakwiye gufatwa nk’umuhango. Ibi ibyatangajwe kuri uyu wa 5 na prezida wa sena Dr Jean Damascène NTAWUKURIRYAYO mu muhango wo gusoza irushanwa ry’imikino yahuzaga za ministeri n’ibigo bya leta, ryabereye kuri stade Amahoro. Muri iri rushanwa MINADEF niyo yegukanye igikombe ku rwego rwa za ministeri naho ikigo cy’igihugu gishinzwe umutungo kamere (RNRA) kigitwara ku rwego rw’ibigo bya leta. Gahunda yo gusoza irushanwa ry’imikino ihuza ibigo bya leta na za ministeri yabanjirijwe n’urugendo rwari rwitabiriwe na ministre w’intebe Dr Pierre Damien HABUMUREMYI, abagize gouvernement, abakozi ba ministeri n’ab’ibigo bitandukanye. Uru rugendo rwari rugamije kwerekana ko buri wa gatanu nyuma ya sa sita abakozi bagomba kwitabira sport z’ubwoko butandukanye bitewe n’iyo buri muntu ashoboye; rwatangiriye kuri ministeri y’intebe rwerekeza kuri stade Amahoro i Remera. Kuri stade Amahoro habanje umukino wahuje abaministre (abagize gouvernement) n’abagize inteko ishinga amategeko imitwe yombi. Uwo mukino ukaba waragaragayemo ibitego 3 byatsinzwe n’ikipe y’abagize gouvernement, ku busa bw’ikipe y’inteko ishinga amategeko. KARUGAMA Tharcice wari umutoza w’ikipe y’abagize gouvernement akaba yaratangarije radio na television by’u Rwanda ibanga bakoresheje kugirango bagere ku ntsinzi. Umukino wa kabiri muri iri sozwa ry’irushanwa ry’’imikino ihuza za ministeri n’ibigo bya leta, wahuje ministeri y’ubucuruzi n’inganda na ministeri y’ingabo. Nawo ukaba wararumbutsemo ibitego kuko Minadef yihereranye Minicom ikayistinda 3 ku busa, bityo ikegukana igikombe mu rwego rwa za ministeri. Amarushanwa akaba yarasojwe n’umukino wahuje ikipe y’ikigo cy’igihugu cy’ubuzima RBC n’iy’ikigo cy’igihugu gishinzwe umutungo kamere RNRA, ari nayo yegukanye igikombe cy’amarushanwa ahuza ibigo bya leta kuko yatsinze RBC ibitego 3 ku busa. Mu ijambo rye, president wa sena Dr Jean Damascène NTAWUKURIRYAYO wari n’umushyitsi mukuru yavuze ko sport ari inshingano umukozi asabwa kuko ifitiye akamaro ubuzima yibutsa kandi ko gukora sport bidakwiye gufatwa nk’umuhango. Yagize ati:« Sport yashyizweho kuyikora buri wa 5 sa cyenda mu nzego za leta bivuga ko umuntu nta kandi kazi agomba gukora kuko kuyikora ari inshingano za buri mukozi wa leta cyane ko bifitiye ubuzima akamaro. Kandi ntigomba gukorwa nk’umuhango; bifitiye igihugu akamaro kandi bigatanga urugero rwiza ku rubyiruko». Ministre w’umuco na sport Protais Mitali nawe yatangarije rdio na rtv ko kuba iyi gahunda ya sport yarashyizweho ari ukugira ngo abakozi bahure bakore sport kuko ari ukurengera ubuzima bwabo ndetse yagize n’ubutumwa atanga ku batitabira sport ku wa 5 ahubwo bakigira muri gahunda zabo. Usibye kandi ibikombe byahawe ministeri y’ingabo n’ikigo cy’igihugu gishinzwe umutungo kamere, hari na cetificat zahawe ibigo cyangwa za ministeri kubera uruhare byagize mu migendekere myiza y’aya marushanwa. Mu bahawe certificat harimo ministre w’intebe Dr Pierre Damien HABUMUREMYI n’ikigo cy’igihugu cy’itangazamakuru ORINFOR. Florence KANKWANZI
[ "eng_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "sag_Latn" ]
allowed
dbd9339a8423e601b2748e70b00db8f8
keep
[]
[ 6.6, 8.3, 10, 10, 9.1, 10, 10, 6, 0 ]
./WIDE-20121012064333-crawl339/WIDE-20121012072839-01658.warc.gz
651,082,140
4,536
13,210
http://orinfor.gov.rw/printmedia/news.php?type=rw&volumeid=714&cat=6&storyid=16118
text/html
2012-10-12T07:51:05
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "hau_Latn" ]
[ 0.9515, 0.0485, 0 ]
Umutoza w’Amavubi U-17, Richard Tardy yahamagaye abakinnyi 23 bagomba kwitabira imyitozo yo kwitegura imikino y’amajonjora yo gushaka itike y’imikino ya nyuma ya CAN U-17 izabera muri Maroc umwaka utaha wa 2013, Amavubi U-17 akaba agomba gukina na Botswana U-17. Amavubi U-17 azakina na Botswana U-17 aho umukino ubanza uzabera muri Botswana ku italiki ya 13 Ukwakira 2012 naho umukino wo kwishyura ukabera mu Rwanda ku italiki ya 27 Ukwakira 2012. Abakinnyi 23 bahamagawe akaba ari Yves Rwigema, Fiston Nkinzingabo, Bertrand Iradukunda, Kassim Ndayisenga, Abdul Rwatubyaye, Ibrahim Nshimiyimana, Jean Luc Rwatubyaye, Anderson Neza, Latif Bishira, Fitina Omborenga, Innocent Twagirimana, Ismail Uwihoreye, Djihad Bizimana, Patrick Sibomana, Rashid Kalisa, Yves Kimenyi, Cedric Kubwimana, America Kalisa, Blaise Itangishaka, Alphonse Nsanzabera, Kevin Shema, Didier Mfashingabo na Ishimwe D’amour. Kuri uyu wa gatandatu taliki ya 29 Nzeri 2012, akaba aribwo iyi kipe itangira imyitozo aho iza gukora muri iki gitondo ku kibuga cya FERWAFA. Abakinnyi bakazajya bacumbikirwa muri Hotel Impala. Umutoza w’Amavubi U-17 akaba yari yifuje ko mbere yo gukina na Botswana yakina byibura imikino 2 ya gicuti na Tanzania nazo irimo kwitegura Misiri, gusa bakaba barandikiye Tanzania ariko ntiyagira icyo isubiza. Amavubi U-17 agiye gukina iki cyiciro cya 2 mu mikino y’amajonjora, naramuka akuyemo Botswana azakina n’izatsinda hagati ya Somalia na Algeria yaramuka atsinze yahita aza mu makipe 7 aziyongeraho Maroc akaba 8 ari nayo azakina imikino ya CAN U-17 2013.
[ "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn" ]
allowed
2ca37bcaf1f705a2849dc210c4c25fd5
keep
[]
[ 6.6, 8.9, 10, 9.7, 10, 9.3, 10, 2, 0 ]
./WIDE-20121114145512-crawl420/WIDE-20121114154541-00279.warc.gz
107,241,422
9,224
33,874
http://www.umuvugizi.com/?p=5398
text/html
2012-11-14T15:49:23
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "lug_Latn" ]
[ 0.9881, 0.0119, 0 ]
Uburyo Col Dan Munyuza yamennye amabanga ya perezida Kagame n´igituma Kagame ahora ashakisha agahanga no kunywa amaraso ya Gen Kayumba Nyamwasa. Col Dan Munyuza yiyemereye ko ariwe wishe Rutayisire John Bosco, Gen Jack Nziza yica Kayitesi Beatrice Mu kiganiro kiri ku mugereka wiyi nkuru, Col Dan Munyuza yiyemereye ko bahora bashaka kwica Gen Kayumba Nyamwasa bamuziza ko yari agiye gukorera perezida Kagame coup d´ Etat. Igitangaje ni uko nanone mu kiganiro kimwe Col Dan Munyuza yiyemereye ko ibyo kuba Gen Kayumba Nyamwasa bamuvugaho ko yaba yarashatse gukorera perezida Kagame coup d´Etat ko ari ibihuha byakwirakwijwe n’abasirikare bagenzi be. Ibi nanone bikaba ari gihamya yuko perezida Kagame atunzwe n’ibihuha akaba nta nzego z’iperereza nyazo agira. Muri icyo kiganiro perezida Kagame yabwiye Col Dan Munyuza gukorana n’abashaka kwica Gen Kayumba hamwe na Col Karegeya, Col Dan Munyuza yanavugiye muri icyo kiganiro ko bagomba gukora uko bashoboye bakivugana abatavuga rumwe na Kagame babarizwa muri Afurika yo hepfo bakoresheje za maneko zabo. Col Dan Munyuza yiyemererako ariwe wishe Rutayisire John Bosco, Gen Jack Nziza akica Kayitesi Beatrice. Mu kindi kiganiro umuvugizi utashatse gushyira ahagaragara kubera impanvu z’amabanga akirimo, Col Dan Munyuza yemereye umwe mubo yatumaga kujya kwica abatavuga rumwe na Kagame ko ariwe wishe Rutayisire John Bosco amuziza ko ari umuvandimwe wa Col Karegeya. Anongera nanone kwiyemerera ko ari Gen Jack Nziza wishe umubyeyi witwaga Kayitesi Beatrice amushimuse amukuye I Kinshasa nyuma bakaza kumwicira mu Rwanda , bamwishe urw´ agashinyaguro. Muri icyo kiganiro nanone Col Dan Munyuza yamennye amabanga y´uko maneko za perezida Kagame ziyobowe na Captain Ruchogoza zigenda zinekera abanyarwanda batandukanye mu tubari , izo maneko zikaba zifite ibirindiro mu kabari ka Col Rosa Kabuye kabarizwa munzu ya perezida Kagame iri ahitwa Nyarutarama izwi ku izina rya MTN Centre. Umuvugizi ukaba unaboneyeho akanya ko kuburira abanyarwanda bakunda inzoga kwirinda utubari dore ko ariho maneko za perezida Kagame zisigaye zikorera akazi . Gasasira, Sweden
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "swh_Latn" ]
allowed
c4b96c6184300eb53749a0b1417bef8e
keep
[]
[ 7.6, 9.1, 10, 10, 10, 10, 10, 3, 0 ]
./WIDE-20121021172253-crawl410/WIDE-20121021172538-02929.warc.gz
603,139,215
12,217
60,839
http://umuseke.com/?p=5370
text/html
2012-10-21T18:04:11
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "lug_Latn" ]
[ 0.9747, 0.0253, 0 ]
Real 0-2 Barcelona Ni umukino watangiranye ishyaka ryinshi ku mpande zombi, benshi bahise bibaza niba uri burangire amahoro. Ikipe ya Real Madrid niyo yahombeye mu cyasaga n’umukino, benshi bavugagako yari yabaye intambara, kuko yahatsindiwe 1-0 n’umutoza wayo Mourinho yashyizwe mu kato. Guhangana gukomeye hagati y’abakinnyi nka Pepe, Maschelano, Lassana Diarra, Ramos, Sergio, Marcelo na Dani Alves nibyo byaranze cyane uyu mukino wa Real kuri stade yayo ya Bernabeu kurusha amacenga n’amashoti abafana bari bategereje. Iyi ntambara isa n’umukino yakomeje, kugeza ubwo Pepe yakandagiye Dani Alves bya kinyamaswa , umusifuzi w’umudage Wolfgang wagaragaje ubuhanga cyane kuri uyu mukino ntiyazuyaza kumuha ikarita itukura. Ibi Mourinho ntiyabyihanganiye, yaje mukibuga atongana cyane, atangirwa na Carles Puyol, iyo myitwarire yatumye umusifuzi amusabira gushyirwa hanze ya y’ikibuga asanzwe yemerewe (Coaching square) ashyirwa mu kato arinzwe n’abashinzwe umutekano kuri stade (stewards), nibwo yatangiye gutanga ubutumwa bucishijwe mu twandiko duto. Ku munota wa 76, ibyari intambara Messi yabihinduye umupira, atsinda igitego cyiza ku mupira yari ahawe na Ibrahim Affelay wari usimbuye Sergio Busquets, nyuma y’iminota icumi gusa, ku munota wa 86 arongera arabirigita, atsinda igitego acenze abakinnyi 4 ba Real, igitego cye cya 11 mu mikino 11 ya Champions ligue. Umukino urangira ku ntsinzwi ya Real Madrid, izaba idafite Pepe wahawe ikarita itukura ndetse na Ramos wahawe ikarita ya kabiri y’umuhondo mu mikino 2 yikurikiranya, mu mukino wo kwishyura uzabera i Camp Nou kuwa kabiri w’icyumweru gitaha. Photos/AFP Umuseke.com biragaragara ko wowe washyizeho ino nkuru uri umuswa cyane? niba uri numunyamakuru ntukwiye kubogama narimwe? ukwiye kuba neutre apana kubogama? niba utari umunyamakuru nakunva ntakibazo kubogama nuburenganzira bwawe? me niba uri umunyamakuru hindura kuko ntamunyamakuru nari nunva umeze nkawe ninama naguhaga barca oooyyyyeeeee gusa twe ntitwiyemera tuvuza vuvuzela match irangiye kandi retour Allah azaduha insinzi nkiyo yaduhaye iri joro none mwebwe mwandika bino mwagiye mureka kubogama mugatangaza amakuru nkumunyamakuru apana kubogama kuri barca? yego barca irakomeye me nayo yatsinze aruko real bamaze kuyiha rouge.en plus ikimaze kugaragara nuko burigihe muri kimwe cga kabiri barca bakunda kuyiha abarubitire bayibogamiraho? nkuriya mudage utinyuka kuvuga ngo akunda messi uko akina ngo uwamuha mayo ye se murunva atabogamye? kandi ugasanga burigihe barca bayiha abarubitire bamwe? eufa igomba guhindura systeme abarubitire bakaba neutre catch+ umusifuwi mubi=intsinzi Mubona abantu bagebda mukagir bgo ni abantu: Buriya uwabona MESSI mu nzira yagira ngo ni umuntu nkange, nkawe cg abo ose ubona? Wari wabona umuntu ufatwa n’ikipe yose akayinanira? Ahhhaaaa!!!!! Nimumuveho. Naho abavuga ngo bazakora revange ntibazi ko uwabatsinze ntaho arajya? Tubitege amaso, gusa MESSI ni akumiro Morhy sha bibaho nta mugabo utagira ig=ngorane wihange nejo uzatsinda niba uri umuhanga. “Akabaye Icwende ntikoga” nubutaha tuzabatsinda tu murabeshya turabafite kurusha uko Mubikeka Pole sana Morinho bibaho kandi umugabo n’uwemera naho real turakomeye gkina turi icumi ntanumutoza,bqrcq itzitege retour josee morinho!!!umutoza utagira ikinyabupfura azagitoza abakinnyi be ate?????Pepe nibamureke ararengana!!! barcelone itwitege kayibayeho!!!!WE’RE UNITED!!
[ "ast_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "zho_Hans", "cat_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn" ]
allowed
d712a6e5ce377610ef997076e141efe4
keep
[]
[ 6.3, 7.3, 10, 10, 10, 10, 10, 5, 0 ]
./WIDE-20121021172253-crawl410/WIDE-20121021172538-02929.warc.gz
612,319,514
10,842
52,227
http://umuseke.com/?p=5437
text/html
2012-10-21T18:04:58
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "swh_Latn" ]
[ 0.9098, 0.0902, 0 ]
BIRMINGHAM, Muri leta zunze ubumwe za Amerika - abantu 72 nibo bishwe n’inkubi y’ umuyaga y’agashyururu yakubuye amajyepho ya leta zunze ubumwe z’ Amerika muri iki cyumweru , hakaba harimo 45 bahitanywe n’iyi nkubi’ y ‘umuyaga muri leta ya Alabama hari ku munsi wejo ku wa gatatu. “servisi ishinzwe ubutabazi bwihutirwa bwa leta buremeza ko koko aba 45 aribo bahitanywe n’iyi nkubi y’umuyaga yabaye kuri uyu wa gatatu muri leta ya Alabama”, ibi aka ba ari ibitangaza na Yasamie August, umuvugizi wa leta ushizwe kugenzura ibikorwa byihutirwa by’ubutabazi. Abantu 15 akaba aribo bishwe n’uyu umuyaga ukomeye ahitwa Tuscaloosa.intumbi z’abantu 6 bakaba nabo babaruwe ahitwa le comté de Marshall, ni mu muajyaruguru ya Alabama , nkuko byatangjwe n’uwitwa shérif Scott Walls. Ushinzwe iteganyagihe Josh Nagelberug ukorera urubuga rwa internet AccuWeather.com.yagize ati:” birashoboka ko kari agashyururu kabi kabaye mu mateka ya leta ya Alabama” . Perezida wa leta zunze ubumwe z’ Amerika Barack Obama kuri iki kibazo ,akaba yatangaje ko ko leta yateganyije ubutabazi bwihuse . Yagize ati ” n’ubwo tutamenya ubwinshi bw’ ibyangiritse muri iyi minsi,turagumya kugegenzura iby’ iyi nkubi y’ umuyaga mu gihugu kandi twiteguye gutanga ubufasha muri leta ya Alabama n’abayituyemo bagizeweho ingaruka n’iki kiza’’. Ibi akaba yavugiye mu nzu ikorerwamo na perezidansi (Maison Blache) mu itangaza ryo kuri uyu wa gatatu mu ijoro yashyize ahagaragara. Hagati aho ibiti byaguye bihirika amapoto y’umuriro,imihanda ndetse n’inyubako,bituma imiryango isaga 245.000 n’ inganda bibura umuriro. Muri leta ya Arkansas na Tennessee bakaba naho batangaje ko bakeneye ubutabazi bwihutirwa . Muri Arkansas kandi , iyi nkubi ikaba yahitanye 11 , nkuko bitangazwa na servisi y’ubutabazi ndetse n’ abayobozi b’ inzego z’ibanze zaho . ibi bikaba ngo byatumye imihanda irafungana. Imirambo 2 ikaba kandi yagaragaye muri leta ya Louisiane n’undi 1 ahitwa Tennessee. Gusa ngo umubare w’abaguye muri uyu muyaga ukaba ushobora kugumya kwiyongera uko amasaha atera imbere. Photos/Associated Press Jonas Muhawenimana Umuseke.com nibunve abanyalibiya basukaho ibisasu buri munsi uko bammerewe nabo!akebo kajya iwa mugarura. Nibibazo kabisa , Musenge cyane tuzigire ahera isi irashaje
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "eng_Latn", "ilo_Latn", "cat_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn" ]
allowed
92baf3bd815f1598ac5383c5e4a5e996
keep
[]
[ 5.6, 7.6, 10, 9.7, 9.1, 10, 10, 3, 0 ]
./WIDE-20121021172253-crawl410/WIDE-20121021172538-02929.warc.gz
629,355,487
10,350
50,328
http://umuseke.com/?p=5465
text/html
2012-10-21T18:06:09
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "lug_Latn" ]
[ 0.9653, 0.0347, 0 ]
Kiyovu yamukuye muri Uganda Kuri uyu wa gatanu mu gitondo umutoza Kayiranga Baptista yagaragaye kuri stade Mumena I Nyamirambo ari gutoza ikipe ya Kiyovu Sport nkumutoza mushya uje asimbura Jean Marie Ntagwabira. Aganira n’umuseke.com, Kayiranga Baptista yemeko yumvikanye n’ubuyobozi bwa Kiyovu sport nk’umutoza mushya wayo, ndetse akazi akaba yahise ahatangira nyine mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu ari nabwo twamusangaga ku myitozo. Kayiranga Baptista yadutangarije ko ku kibazo cy’abakinnyi Kiyovu Sport ifite yizeye ko ubuyobozi bwa Kiyovu buzagikemura vuba dore ko ari kimwe mu bibazo byatumye Ntagwabira ava muri iyi kipe akigira muri Rayon Sport. Ikipe ya Kiyovu Sport yari imaze iminsi ishakisha abandi batoza nka Ali Bizimungu, umaze iminsi nta kipe afite nyuma yo kuva muri Mukura saison ebyiri zirashize. Casa Mbungu umutoza wa Academy ya SEC, Radjabu Bizumuremyi uherutse gusezera ku mwanya wa directeur techniquye muri Rayon Sport, Abdou Mbarushimana ubu uherutse kujya muri Amagaju, ndetse kandi ngo baba baranagerageje kuvugana na Jackson Mayanja umugande wigeze no gutoza Kiyovu mumyaka ya za 2000. Baptista yari amaze iminsi yibera muri Uganda aho yikoreraga ibikorwa by’ubucuruzi, ni naho ubuyobozi bwa Kiyovu Sport bumuvanye. Kayiranga Baptista akaba yarakinnye cyane mw’ikipe ya Rayon Sport ndetse akanayibera umutoza, ni umwe mu batoza bafite izina rikomeye mu Rwanda kuko niwe uheruka guha igikombe cya shampionat Rayon Sport mu 2004, ndetse ayongera n’igikombe cy’amahoro mu 2005 atsinze Mukura 3-0 Tuyishime Fabrice Umuseke.com ibi nibyiza cyane byerekanako ntagishoboka, kandi ko sport itagira umupaka? icyo namwifuriza nukugutsinda bravo batigol dears, Kiyovu iramwakiriye kandi ibi ni byiza umwana w umureyo muri kiyovu, bigaragara ko football ari sans frontière; ibi kandi muzaba mureba bizabyara ikintu kiza all the Best kayiranga, bamushakire ba assistant nka Bizumuremyi Radjabu etc
[ "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "eus_Latn", "cat_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "bam_Latn" ]
allowed
baede810e19aedd12229210afa2d9277
keep
[]
[ 5.7, 6.9, 10, 10, 10, 10, 10, 2, 0 ]
./WIDE-20121215032106-crawl419/WIDE-20121215055629-07127.warc.gz
401,079,679
8,220
31,377
http://www.igihe.com///imikino/basketball/?debut_gh_news=36
text/html
2012-12-15T06:46:26
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "kik_Latn" ]
[ 0.9978, 0.0022, 0 ]
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 8/10/2010 niho irushanwa afrobasket U18 Kagame Cup ryatangiye, iri rikaba ari irushanwa ry’abakinnyi batarengeje... Irushanwa rya Afro-Basketball U-18 Kagame Cup riratangira kuri uyu wa gatanu tariki 8 Ukwakira hano mu Rwanda. Muri tombola yabaye kuri uyu wa... Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 8/10/2010 nibwo irushanwa mu mukino w’intoki wa basketball ry’abatarengeje imyaka 18 ryitiriwe Perezida Paul Kagame... 18/09/2010 EFM 71 Vs UGB 53 RUSIZI 50 Vs ESPOIR 58 2nd Division SFB 98 vs GS St Joseph 67 1st Divison Muri izi mpera z’icyumweru Shampiyona ya Basket Ball hano mu Rwanda irakomeza, aho ikipe izamutse uyu mwaka ari yo ya KBC (Kigali Basketball Club)... Nyuma yahoo imishyikirano mu bya politiki idashobokeye Iran na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika byisanze bigomba guhurira kuri uyu wa gatatu mu mukino... Iyi ni gahunda y’imikino mu mwaka wa 2010 (Round 2) mu bagabo. Amwe mu mategeko ni uko nta mukinnyi uzajya akina atabanje kwerekana license... — YAO MING MU MVUNE Yao Ming ntazakina saison yose itaha (2009-2010) kubera ikibazo cy’imvune. Ibyo ni ibitangazwa na muganga wa Equipe ya... — Intsinzi y’ AMAVUBI ku ikipe ya CAMEROUN ntiyari ihagije kugirango akomeze muri 1/4 ariko azahatanihra imyanya ya 12,13,14 na 15. — AMAVUBI... Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 13 Kanama 2010 nibwo uwahoze ari umukinnyi wa basketball Scottie Pippen wamenyekanye cyane akinira Chicago Bulls,... -U Rwanda rutsinze Senegali ku manota 72-59. -umukinnyi w’ u Rwanda Matt Miller ari guca ibintu.
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "unk", "ibo_Latn", "lim_Latn", "fur_Latn", "zho_Hant", "vec_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "kmb_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "nya_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn" ]
allowed
2d1bc08cdf31c42f80015f40c266eed4
keep
[]
[ 5.1, 8, 10, 9.2, 9.6, 8.7, 10, 0, 0 ]
./WIDE-20121215032106-crawl419/WIDE-20121215055629-07127.warc.gz
462,784,082
8,691
32,981
http://www.igihe.com///imikino/basketball/?debut_gh_news=24
text/html
2012-12-15T07:03:36
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "hau_Latn" ]
[ 0.9967, 0.0033, 0 ]
Ku munsi wa nyuma w’ amarushanwa yiswe Zone 5, imikino yatangiye i saa yine ikipe ya Ethiopia ihura n’ U Burundi mu bakobwa maze U Burundi butsinda... Nyuma yaho abakinnyi bagarukiye mu makipe yabo bavuye mu mikino ya gicuti y’ ibihugu, kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 12/02/2011 mu gihugu cy’ u... Imikino yose yabereye kuri Petit Stade Amahoro, nubwo umukino w’ u Rwanda na Uganda wari uteganyirijwe kubera muri Green Hills Academy. Imikino y... Ku munsi wa kane, amarushanwa yakomereje kuri petit stade Amahoro i saa saba n’igice (13h30) hagati ya Kenya na Tanzania mu bakobwa, maze Kenya... Ikipe z’ igihugu z’ u Rwanda mu mukino wa basketball zikomeje kwitwara neza mu mikino y’ akarere ka gatanu iri kubera i Kigali, ikipe y’ abagabo... Amarushanwa ya “Streetball : Win with style” yari amaze iminsi ibiri abera kuri sitade nto y’i Remera yageze ku musozo wayo hatangwa ibihembo ku... Uwo ni Andrew Wiggins umunyakanada ufite imyaka 13 n’uburebure bwa metero 1 na santimetero 98, si byo gusa ubuhanga afite mu mukino w’intoki wa... Kuva tariki ya 8 kugeza tariki ya 17 Ukwakira 2010 mu Rwanda haberaga imikino ya Afrobasket u 18-Kagame Cup, iyi mikino yasojwe ku mugoroba wo... Nyuma yaho u Rwanda rutsindiwe umukino wa nyuma wo mu matsinda na Mozambique (69-70) mu irushanwa rya Afrobasket U-18 Kagame Cup, rwongeye kubona... Nyuma yaho amakipe yose agiriye ikiruhuko kuwa Mbere w’iki cyumweru, irushanwa rya Afrobasket U 18-kagame Cup ryari ryakomeje kuri uyu wa kabiri... Ikipe y’igihugu yakiriye irushanwa Afrobasket U-18 Kagame Cup yongeye gutsindwa umukino wa kabiri. Nyuma yo gutsindwa na Nigeriya, hakurikiyeho... Ku munsi wa Kabiri w’irushanwa Afro-basket U18 Kagame cup, ikipe y’ igihugu y’U Rwanda ntiyabashije kuva imbere y’ikipe y’igihugu ya Nigeriya, iyi...
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn" ]
allowed
25d1392df74e0def6e65e2689e21a5c7
keep
[]
[ 5.6, 8.3, 10, 9, 9.4, 9.7, 10, 0, 0 ]
./WIDE-20121028154616-crawl410/WIDE-20121028161332-04002.warc.gz
728,725,922
10,893
50,567
http://umuseke.com/?p=45254
text/html
2012-10-28T16:50:50
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "lug_Latn" ]
[ 0.9144, 0.0857, 0 ]
Imirambo ibiri y’abantu bishwe n’amasasu ku mugoroba wok u wa gatanu, tariki ya 21 Nzeri, ku wa gatandatu w’iki cyumweru gishize ni bwo yagejejwe mu gace ka Ishasha kari mu Majyaruguru y’Iburasirazuba muri Teritwari ya Rutshuru muri Kivu y’Amajyaruguru. Amakuru atangazwa n’abahatuye akaba avuga ko abo bantu bishwe n’umutwe w’inyeshamba za FDLR, zanatwitse amazu agera ku 10 mu mudugudu wa Nyaruhange hafi y’ahabereye ubwo bwicanyi. Radio okapi yatangaje iyi nkuru yavuze ko abo bicanyi bari bateze igico mu muhanda, aho baje kwibasira moto yari itwaye abagenzi batatu. Izo nzirakarengane ngo zari zerekeje mu mudugudu wa Nyaruhange, maze bagwa muri icyo gico cy’abicanyi. Babiri muri bo bahise bagwa aho, uwa gatatu ararusimbuka; ariko na we kugeza ubu ntarabonerwa irengero nk’uko bitangazwa n’ubuyobozi bw’ahongaho. Nk’uko bitangazwa, ngo gutangira gutwika ayo mazu byabaye ubwo abarwanyi b’umutwe wa Maï-Maï bazaga gutabara. Ngo abo barwanyi ba Mai Mai bari bahageze gutabara abo bantu 2 bari barashwe n’abarwanyi bakekwa ko ari aba FDLR. Nk’uko bitangazwa n’ababibonye, ngo nyuma yo gukora ubwo bwicanyi, abo barwanyi bakongeje iyo moto irashya ndetse uwo muriro ufata umwe mu mirambo y’abo bari bamaze kwica wari uryamye hafi y’iyo moto. Abaturage bo mu gace ka Nyaruhange bakeka ko ubu bwicanyi bwaba bwarakozwe na FDLR nk’igikorwa cyo kwihimura nyuma y’uko hari habaye gukozanyaho hagati y’uyu mutwe n’uwa Maï-Maï mu ntangiriro z’icyumweru gishize. NTIVUGURUZWA Emmanuel UMUSEKE.COM imana ibahe iruhuko ridashira ehee nibakomeze bicane kandi bica inzirakarengane, bazabibazwa, gusa se sinaherutse MAI MAI iri gufasha aba Leta?Ariko se ubundi inyeshyamba zibarizwa muri Congo zavuye hehe?Ko twagiragango inyeshyamba nizabaanyarwa zihaba gusa none niza congo ziriyo ubwo se Kabila azaabyifatamo gute?Rahira ko zitazamwica yazihaye ibyo zifuza ubundi bagatunga bagatunganirwa?Ariko nawe arasebye cyane kugeza aho yifashisha inyeshyamba ngo zirwanye izindi?arasebye peeee Mai Mai ni imitwe myinshi.
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "cat_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn" ]
allowed
f4e25f5cedb2b98703e9f9909d895fd0
keep
[]
[ 8.2, 9.8, 10, 10, 10, 10, 10, 4, 0 ]
./WIDE-20121104042342-crawl417/WIDE-20121104052608-04508.warc.gz
531,157,030
7,482
30,421
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1209280848
text/html
2012-11-04T05:56:25
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "sna_Latn" ]
[ 0.8988, 0.1012, 0 ]
Lil Wayne yaciye agahigo ko kugira indirimbo nyinshi ku rutonde rwa Billboard Mu gihe byari bisanzwe bizwi ko kuva mu mwaka w’1958 agahigo ko kugira indirimbo nyinshi ku rutonde rw’indirimbo 100 ziba zikunzwe muri Leta zunze ubumwe za Amerika (Billboard Charts) kari gafitwe n’igihangange mu njyana ya Rock & Roll nyakwigendera Elvis Presley,ubu agahigo kaciwe n’umuraperi Lil Wayne. Nk’uko byashyizwe ahagaragara n’ikinyamakuru TMZ,Lil Wayne yujuje indirimbo 109 kuri uru rutonde akaba yarushije Elvis Presley wari usanzwe afiteho indirimbo 108 wari ufite aka gahigo kuva mu mwaka w’1958. Umuraperi Birdman usanzwe ufatwa nka se wa Lil Wayne ndetse bafatanyije kuyobora itsinda rya YMCMB yabwiye TMZ ko ibi bisa nk’ibitangaza mu buzima bwa Lil Wayne. Birdman akaba yagize ati: “Iki ni igitangaza kuri Lil Wayne mu muziki we ,mu buzima busanzwe ndetse no kuri twe twese tugize itsinda rya YMCMB.Ibi byerekana ko ibikorwa dukora hari aho bigera kandi bikatwongerera imbaraga”. Umuraperi Lil Wayne akaba agiye aka gahigo mu gihe ku munsi w’ejo tariki ya 27 yizihije isabukuru ye y’imyaka 30 amaze avutse. Tubabwire ko Billboard chat ari urutonde rw’indirimbo ziba zikunzwe kurusha izindi mu gihugu cya leta zunze ubumwe za Amerika.Uru rutonde ruba rugizwe n’ibice bibiri:indirimbo ijana ziba zikunzwe mu cyumweru ndetse n’urutonde rwa album 200 ziba zikunzwe kurusha izindi. Uru rutonde rukaba rukorwa hakurikijwe uburyo indirimbo zakinwe ahantu hatandukanye n’uburyo zatowemo.Uru rutonde rukaba rukorwa rukanasohorwa n’ikinyamakuru Billboard Magazine. Abahanzi benshi bo muri Leta zunze ubumwe za Amerika bakaba bishimira cyane ndetse bakanaharanira kugera kuri uru rutonde. Robert N. Msafiri
[ "run_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "swh_Latn" ]
allowed
b5543b52855fe5a1fb5d7982fbaa17dd
keep
[]
[ 5.2, 6.3, 10, 10, 10, 9.9, 10, 2, 0 ]
./WIDE-20121104042342-crawl417/WIDE-20121104052608-04508.warc.gz
613,238,271
7,458
30,633
http://www.inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1209291123
text/html
2012-11-04T06:01:54
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "swh_Latn" ]
[ 0.9996, 0.0004, 0 ]
Chelsea ivanye amanota atatu ku kibuga cya Arsenal Umukino wari utegerejwe muri shampiyona y’Ubwongereza wahuzaga Arsenal na Chelsea FC urangiye Chelsea itahanye intsinzi y’ibitego 2-1 bitumye ikomeza kuyobora by’agateganyo urutonde rwa shampiyona. Umukino nyirizina watangiranye ingufu amakipe yombi akinira cyane hagati ariko Arsenal iza kuvunikisha umukinnyi Abou Diaby asimburwa na Chamberlin. Kubura Diaby hagati mu kibuga byahungabanyije Arsenal ndetse ihita yinjizwa igitego cya mbere cyatsinzwe na Fernando Torres. Igice cya mbere kijya kurangira Gervinho yafashije Arsenal atsinda igitego cyo kunganya nyuma yo guhererekanya neza hagati y’abakinnyi ba Arsenal ku ruhande rw’iburyo. Igice cya kabiri Arsenal yagerageje gusatira ishaka igitego ariko itungurwa no kongera gutsindwa igitego ku makosa ya myugariro Koscienly witsinze. Ikipe ya Chelsea FC yatangiye kugarira izamu ryayo ariko izitira abakinnyi bo hagati ba Arsenal nka Santi Cazorla n’abandi. Mu minota ya nyuma Arsenal yahushije uburyo bwinshi bwo gutsinda aho umuzamu wa Chelsea yababereye ibamba. Umukino warangiye ari ibitego 2-1 ikipe ya Arsenal ni ubwa mbere itsinzwe kuva shampiyona yatangira ikaba ihise irushwa amanota arindwi na Chelsea iri ku mwanya wa mbere. Rutaganda Ponny.
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "scn_Latn" ]
allowed
9c95afc50d2135912b5526279373cb10
keep
[]
[ 8, 10, 10, 10, 10, 10, 10, 0, 0 ]
./WIDE-20121104042342-crawl417/WIDE-20121104052608-04508.warc.gz
648,082,303
7,141
29,553
http://www.inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1209280830
text/html
2012-11-04T06:02:46
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "hau_Latn" ]
[ 0.9989, 0.0011, 0 ]
Simba ni ikipe ikomeye ariko niduhura ntizadutwara amanota atatu: Haruna Niyonzima Umunyarwanda ukinira ikipe ya Yanga Africa muri shampiyona yo muri Tanzaniya, Haruna Niyonzima aratangaza ko n’ubwo Simba ikomeye itazapfa kubatwara amanota atatu mu mukino utoroshye ugomba guhuza aya makipe y’ibigugu mu karere ka CECAFA. Ikipe ya Yanga Africa yatangiye nabi shampiyona itsindwa umukino wa mbere ikanganya uwa kabiri ndetse ihita yirukana umutoza wayo mushya Saintfiet. Iyi kipe igomba gukina na African Lyon kuri iki cyumweru mbere y’uko icakirana na Simba ku italiki eshatu z’ukwezi gutaha. Nk’uko bitangazwa na Haruna Niyonzima Yanga Africa irifuza kubanza gutsinda umukino uzayihuza na African Lyon bikayiha imbaraga zo kwitwara neza imbere ya Simba SC. Tubibutse ko muri Yanga Africa hakinamo undi mukinnyi w’Amavubi Gasana Eric uzwi ku izina rya Mbuyu Twite iherutse kugura avuye muri APR FC na Haruna yaturutse ajya muri Tanzaniya. Source: Globalpublishers Rutaganda Ponny.
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "eng_Latn", "scn_Latn" ]
allowed
d254fefec04f333677d2c24e438e6a97
keep
[]
[ 7.8, 9.7, 10, 10, 10, 10, 10, 0, 0 ]
./WIDE-20121015085610-crawl339/WIDE-20121015090235-02168.warc.gz
99,036,264
4,433
13,195
http://orinfor.gov.rw/printmedia/news.php?type=rw&volumeid=718&cat=17&storyid=16193
text/html
2012-10-15T09:07:11
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "sna_Latn" ]
[ 0.8613, 0.1387, 0 ]
Umuhanzi Musabe Dieudonne umaze iminsi micye ashyize hanze indirimbo ye nshya yise « Ndamufite », akaba yarayikoranye n’abahanzi Dominic Nic na Rachel. Iyi ndirimbo ye ije isanga izindi nazo yakoranye n’abahanzi batandukanye, aho twavuga nk’iyitwa « Duhindure isi yacu » ari nayo ndirimbo irimo abahanzi benshi bagera ku icumi, ndetse hari n’indi yitwa « Nzamubona » yakoranye na Bright umusore uzwiho kuririmba mu njyana ya Hip hop. Musabe ni umuhanzi uririmba indirimbo zihimbaza Imana mu njyana ya Rn’b na Pop, benshi banemeza ko ariwe watangije injyana ya Pop muri gospel ya hano mu Rwanda. Agitangira kuririmba muri iyo njyana, nkuko yabitangarije Imvaho Nshya ngo yahereye ku ndirimbo yakoze mu mwaka wa 2010 ikaba yitwa « Nzamubona ». Uyu muhanzi ikindi azwiho ni ukuba yaragiye agaragara cyane mu ndirimbo yakoranye n’abantu benshi arizo bita Collabo, ibi ngo Musabe yagiye abikora mu rwego rwo kubaka ubumwe bw’abahanzi bahimbaza Imana, mu gihe mbere byasaga nkaho buri wese ari nyamwigendaho. Ikindi n’uko Musabe ngo akunda kurangwa no gusura abarwayi, gusura abanyeshuri mu mashuri yisumbuye ndetse no mu nsengero. Kugeza ubu Musabe amaze gusinyana amasezerano na Net solution ishinzwe ibya Caller tune (Ni ukuvuga abashinzwe gushyira indirimbo muri telefone) bityo wajya uhamagara umuntu ukumvamo indirimbo y’umuhanzi, akaba avuga ko ibi ari bimwe mu bimufasha gusakaza ubutumwa atanga kimwe n’uko n’abakunzi nabo biyongera. Usibye kuba agenda ategura Alubumu ye ya mbere, yanagerageje gusura abakunzi be babarizwa mu Ntara zitandukanye z’Igihugu. Indirimbo « Duhindure isi yacu » yakozwe umwaka ushize wa 2011 ikaba ari iya Musabe aho yayikoranye n’abandi bahanzi 10 aribo Asa, Jimmy Claude, Jimmy Muriho, Fazzo, Patrick (ubarizwa mw’itsinda Iwacu music), Musabe Dieudonne, Serge Iyamuremye, Eddie Mico, Laurent, Dorcus (ubarizwa mu itsinda Blessed sisters) na Bright.
[ "run_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn" ]
allowed
a3a0b3428db74d46c7d2ba4200d578e5
keep
[]
[ 5.2, 6.3, 10, 10, 9.8, 10, 10, 3, 0 ]
./WIDE-20121014075742-crawl335/WIDE-20121014075747-02287.warc.gz
673,459,129
10,604
47,791
http://ruhagoyacu.com/spip.php?article4957
text/html
2012-10-14T08:39:12
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "tat_Cyrl" ]
[ 0.9956, 0.0044, 0 ]
Mu rukerera rwo kuri uyu wa kane ahagana saa cyenda ni bwo ikipe y’Isonga yari isesekaye I Kigali ubwo yari ivuye gukina n’ikipe ya Espoir FC I Rusizi mu ntara y’iburasirazuba. Iyi kipe ariko yaje gukora impanuka y’imodoka ubwo yari hafi kugera kuri Stade Amahoro gusa ino mpanuka ntago yari ikanganye cyane kuko ntacyo yangije nkuko twabitangarijwe na Team Manager Emery Kamanzi. “Imodoka yabuze control ubwo yakataga kwa Lando ariko ntakibazo cyabaye” “Yaba abakinnyi cyangwa imodoka nta kibazo bagize ndetse mu kanya barakora imyitozo” Emery Kamanzi Ikipe y’Isonga yari ivuye gukina umukino w’umunsi wa kabiri wa shampiyona na Espoir FC umukino baje gutsindwamo igitego kimwe ku busa. Isonga FC yarangije shampiyona y’umwaka ushize iri ku mwanya wa gatandatu mu mwaka wayo wa mbere wa shampiyona. Iyi ariko yaje gutakaza abakinnyi benshi bari barayihesheje uwo mwanya aho bagiye mu makipe atandukanye mu cyiciro cya mbere.
[ "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn" ]
allowed
d4a97f6fbe4568c34f7f3b4e37832e76
keep
[]
[ 7.4, 9.2, 10, 10, 10, 10, 10, 0, 0 ]
./WIDE-20121014075742-crawl335/WIDE-20121014075747-02287.warc.gz
837,379,373
11,049
48,564
http://www.ruhagoyacu.com/spip.php?article4962
text/html
2012-10-14T08:46:20
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "lug_Latn" ]
[ 0.9989, 0.0011, 0 ]
Nyuma yu kwezi kumwe yanditse ibaruwa yuko atazongera gukinira ikipe y’igihugu ya Cameroon, umukinnyi uhebwa umushahara uruta uwabandi bakinnyi bose bakina umupira w’amaguru ku isi, Samuel Etoo biragaragara yuko ashobora kwisubira ku cyemezo yari yafashe nyuma yo kugirana ibiganiro na Minisitiri w’intebe w’igihugu cye. Rutahizamu w’ikipe ya Anzhi Makhachkala, Eto’o yahagaritswe n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Cameroon gukinira ikipe y’igihugu mu gihe cy’amezi 8 nyuma yo gushijwa kugumura abakinnyi bagenzi be kubijyanye n’amafaranga. Nyuma yo kurangiza icyo gihano yahamagawe mu ikipe y’igihugu , Eto’o yarabyanze ahubwo ababwira yuko atazongera gukinira ikipe y’igihugu mu gihe abayobozi bayoboye ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru bazaba batarahinduka. Icyo kibazo gishobora kuba cyabonewe umuti nyuma yaho Minitiri w’intebe Philemon Yang yasabiye Eto’o ngo agaruke gufasha ikipe y’igihugu irimo ishakisha itike yo kujya mu mikino y’igikombe cy’Afurika 2013 (AFCON 2013). Nkuko bitangazwa n’umutoza wa Cameroon, Jean-Paul Akono ngo yabonanye nuwo mukinnyi yamwijeje yuko azitabira ubutumire mu ikipe y’igihugu ngo kereka imvune afite n’izaba itarakira. Cameroon yatsinzwe ibitego 2-0 na Cape Verde, mu mukino ubanza mu majonjora ya nyuma yo kwerekeza muri AFCON 2013, kugaruka kwa Eto’o kwaha ingufu iyo kipe mu mukino wo kwishyura utegerejwe i Yaounde muri Cameroon tariki ya 13/10/2012.
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn" ]
allowed
bad6657eed8c89e75c10c64bb7e30df9
keep
[]
[ 6.6, 10, 10, 9.8, 8.3, 9.9, 10, 1, 0 ]
./WIDE-20121014075742-crawl335/WIDE-20121014075747-02287.warc.gz
838,668,730
11,664
52,453
http://www.ruhagoyacu.com/spip.php?article4953
text/html
2012-10-14T08:46:28
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "hau_Latn" ]
[ 0.9957, 0.0044, 0 ]
Abakurikiranye umukino wahuje ikipe ya Manchester United na Newcastle United baje kubona umusore Gale BIGIRIMANA waje asimbura mu gice cya kabiri ku munota wa 71. Uyu musore ukina mu kibuga hagati akaba yabashije kwigaragaza nubwo atabujije ikipe ye gutsindwa na Manchester United mu mikino ya Capital One Cup. Uyu musore w’imyaka 18 akaba afite umwe mu babyeyi bakomoka mu Burundi kuri ubu akaba ari umusore uhagaze neza cyane mu ikipe ya Newcastle aho umutoza we Alan Pardew akomeje gutaka uyu musore kubera ubuhanga afite. Muri uyu mukino kandi uyu musore akaba yaje guhabwa ikarita y’umuhondo yahawe nyuma y’ikosa yari amaze gukora. BIGIRIMANA Gael yigaragaje ubwo yakiniraga ikipeya Coventry City aho amakipe yari yarahize kuzakinisha uyu musore dore ko benshi mu nararibonye zemezaga ko azavamo umukinnyi ukomeye nka Micheal Essien. Tariki ya 23/08/2012 nibwo Gael BIGIRIMANA yakinnye umukino we wambere abanje mu kibuga mu ikipe ya Newcastle United, kuri ubu akaba atarabasha kubona umwanya uhoraho mu ikipe ya Newcastle United. Uyu musore benshi babona ko yagira icyo afasha Amavubi arifuzwa nanone n’Intamba mu Rugamba aha Abarundi bemeza ko ari umurundi kubera yagiye mu Bwongereza avuye muri Uganda nk’impunzi.
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn" ]
allowed
b1609f4cf20c1342b642a17bd4dfa11d
keep
[]
[ 6.6, 8.3, 10, 10, 10, 10, 10, 0, 0 ]
./WIDE-20120915023956-crawl410/WIDE-20120915031335-00038.warc.gz
324,836,269
6,105
22,480
http://umuseke.com/?cat=5&paged=2
text/html
2012-09-15T03:26:29
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "sna_Latn" ]
[ 0.9842, 0.0158, 0 ]
US- Idosiye kuri nyakwigendera Steve Jobs yashyizwe ku mugaragaro na Federal Bureau of Investigation (FBI) imwerekana nk’umugabo w’imibanire idashobotse no kwizerwa gucye. Iyi dosiye inavuga Inkuru irambuye » Umunyamabanga wa Amerika ushinzwe ingabo Leon Panetta yavuze Amerika ibabajwe no kuba umunya Pakistan Dr Shikal Afridi agifungiye muri icyo gihugu kuko yatanze amakuru yatumye Inkuru irambuye » Kuwa kabiri saa kumi z’umugoroba umugabo witwaje imbunda yafashwe n’inzego z’iperereza imbere y’inzu y’uwahoze ari president w’Amerika George W Bush aho atuye i Dallas. [caption id="attachment_25070" align="aligncenter" width="460" caption="Ku irembo ryinjira ... Yerry Yang na David Filo nibo batangije Yahoo! Mu 1995, Yang yayibereye umuyobozi mukuru kuva mu 2007 kugeza mu 2009. Kuri uyu wa gatatu akaba yasezeye mu kigo yashinze mu ... Cristina Fernandez de Kirchner president w’igihugu cya Argentine, bamusanzemo indwara ya Cancer mu muhogo, ku gace bita ‘Thyroid gland’ [caption id="attachment_22341" align="aligncenter" width="327" caption="Cristina ni president w'umupfakazi kuva mu Ukwakira umwaka ... Perezida wa leta zunze ubumwe z’Amerika Barack Obama kuri uyu wa mbere taliki 12 Ukuboza 2011 yatangaje ko igihugu cye cyasabye ko Iran ibasubiza indege y’iperereza itagira umupiloti yabo yafatiriwe ... Nyuma yo gushinjwa kenshi n’abasambane be, uwahabwaga amahirwe menshi yo kuzaserukira ishyaka ry’aba Republicain mu matora y'umukuru w'igihugu muri leta zunze ubumwe z’amerika yahagaritse kwiyamamaza. Herman Cain wifuzaga kuba president wa ... Kuri uyu wa kane, President wa Iran Mahmoud Ahmadinejad yagize ati” Njye nka Engineer, Inzu za World Trade Center ntabwo zari kugwa hasi kubera gusa ko indege zizigonze” [caption id="attachment_15668" align="aligncenter" ... Nk'uko tubikesha Reuters, Perezida Obama n'abagize congress ya Leta zunze ubumwe za Amerika, bararebera hamwe uko bakemura ikibazo cy' umwenda Amerika ifite. Kuri uyu wa kabiri, abagize congress baturuka mu ... Byari bitegerejwe na benshi ko uyu mugabo wahoze ayobora ikigega cy'imari kw'isi IMF agira icyo avuga imbere y'urukiko kuri uyu munsi i New York, akaba yahakanye ibyo aregwa. DSK na madamu ... « Paji ibanza — Paji ikurikira »
[ "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "nno_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn" ]
allowed
d9bd92cb38cc48de9185cb715fb89cda
keep
[]
[ 6, 8.9, 10, 9.2, 9.2, 9.8, 10, 0, 0 ]
./WIDE-20121107211446-crawl410/WIDE-20121107222249-05304.warc.gz
156,212,233
11,692
39,505
http://www.therwandan.com/ki/umushingamateka-wo-muri-congo-roger-lumbala-yahungiye-mu-bufaransa/
text/html
2012-11-07T22:51:03
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "hau_Latn" ]
[ 0.9908, 0.0092, 0 ]
Umushingamateka wo muri Congo Roger Lumbala yahungiye mu Bufaransa Roger Lumbala wari usanzwe mu nteko ishingamategeko ya Congo yahungiye mu gihugu cy’u Bufaransa kuwa gatandatu tariki 15/09/2012 nyuma yo gushinjwa ubugambanyi kubera ko bivugwa ko ashyigikiye umutwe wa M23. Kuva tariki 03/09/2012 Roger Lumbala yari yihishe muri ambasade y’Afurika y’Epfo mu Burundi, aho yatinyaga kuba yatabwa muri yombi agakurikiranywaho gushyigikira umutwe urwanya Leta ya Congo M23. Tariki 13/09/2012 Leta y’u Burundi yari yatangaje ko itegereje inzandiko ziturutse Kinshasa kugira ngo u Burundi bute muri yombi Roger Lumbala ashyikirizwe Leta ya Congo. Tariki 15/09/2012 saa tanu z’amanywa nibwo Roger Lumbala yari ageze ku kibuga mpuzamahanga cya Bujumbura aherekejwe n’abakozi b’ambasade y’Afurika y’Epfo, hamwe n’umukozi w’umuryango w’abibumbye ushinzwe impunzi HCR mu Burundi afata indege ya Kenya Airways yerekeza mu gihugu cy’u Bufaransa. Guhunga kwa Roger Lumbala byatunguye benshi mu gihe hari hashize iminsi ibiri Leta y’u Burundi itangaje ko itegereje ubusabe bwa Leta ya Congo ngo imutange kubera ubugambanyi bwo gukorana n’umutwe urwanya Leta wa M23. Laurent Kavakure, minisitiri w’u Burundi ushinzwe ububanyi n’amahanga yemeza ko uyu mudepite yahunze akava mu Burundi n’ubwo yirinze kugira ibindi atangariza itangazamakuru. Prosper Niyoyankana wunganira Roger Lumbala mu mategeko yatangarije Reuters ko Roger Lumbala yageze mu Bufaransa ahunga ibirego bya Leta ya Congo yashakaga kumuta muri yombi imushinja gushyigikira umutwe wa M23. Mu minsi yashize umuvugizi wa Leta ya Congo, Bwana Lambert Mende yatangaje ko Bwana Roger Lumbala yagiranye imishyikirano n’abayobozi b’u Rwanda mu rwego rwo gushaka gutangiza imidugararo mu gace ka Kasai afatanije na muramu we colonel John Tshibangu watorotse igisirikare cya Congo akaba yihishe. Ubwo ngo Roger Lumbala yazaga mu Rwanda ngo yaje ku butumire bwa capitaine Céléstin Senkoko akaba umunyamabanga wa Ministre w’ingabo mu Rwanda James Kabarebe. Nk’uko James Kabarebe yabitangaje mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru Colette Braeckman w’ikinyamakuru cyo mu Bubiligi le Soir, yavuze ko ngo mu barwanya ubutegetsi bwa Congo harimo n’abo muri Kasai ngo akaba yarashakaga kuvuga ba Roger Lumbala na colonel John Tshibangu. Ababikurikiranira hafi bemeza ko Leta y’u Rwanda irimo gukoresha amayeri yo gushaka kwinjiza abakongomani bava mu yandi moko mu nyeshyamba za M23 kugira ngo hagaragare ko ari ikibazo cy’abanyekongo bose atari ikibazo cy’abatutsi b’abanyekongo na Leta y’u Rwanda gusa. 2 Responses to Umushingamateka wo muri Congo Roger Lumbala yahungiye mu Bufaransa - turabiyamye sha, ni mureke M23 ikore ibyayo, niba mufitanye ikibazo na Leta y’urwanda ni mutureke twe abavuye muri Congo dushake uko dutaha iwacyu. - Wowe wiyise Ndemeye ninde wakugize umuvugizi wabavuye Kongo?Jya wivugira ibyushaka ku giti cyawe ibindi ubyihorere
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "unk", "kin_Latn", "unk", "kin_Latn" ]
allowed
c69dc6d196e1100b0396c4542b5e9215
keep
[]
[ 6.6, 8.1, 10, 10, 9.8, 9.9, 10, 3, 0 ]
./WIDE-20121107211446-crawl410/WIDE-20121107222249-05304.warc.gz
346,145,252
10,580
36,169
http://www.therwandan.com/ki/monusco-iravuga-rumwe-na-human-rights-watch-ku-byaha-biregwa-m23/
text/html
2012-11-07T23:23:08
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "lug_Latn" ]
[ 0.9864, 0.0136, 0 ]
MONUSCO iravuga rumwe na Human Rights Watch ku byaha biregwa M23 Nk’uko bitangazwa na Radiyo mpuzamahanga y’abafaransa RFI, MONUSCO iravuga ko ibyatangajwe n’umuryango uharanira uburenganzira bw’ikiremwamuntu Human Rights Watch bifite ishingiro. Kuri uyu wa 12 Nzeli 2012,MONUSCO yashyigikiye Human rights Watch yasohoye icyegeranyo kirega ibyaha by’intambara inyeshyamba za M23 zirwanira mu burasirazuba bwa Congo muri Kivu y’amajyaruguru. Kandi MONUSCO ivuga ko izakomeza gutera inkunga ingabo za Congo mu kurwanya M23. Nk’uko bitangazwa n’umwe mu bavugizi ba MONUSCO, Touré Panangnini ngo MONUSCO iravuga rumwe na Human Rights Watch: ngo M23 yakoze ibyaha by’intambara. Akomeza agira ati:«Monusco yemera ibyavuzwe na Human Rights Watch. Ni byo imibare ivugwa na HRW ntabwo imeze neza neza nk’iyo dufite, bitandukanyeho gato. Ariko ibyashyizwe ahagaragara n’amaperereza yacu ni bimwe muri rusange.» Muri iki gihe, n’igisubizo giciye mu nzira y’amahoro, n’ibiganiro bishyizwe imbere n’umuryango w’abibumbye. Ariko ngo MONUSCO ivuga ko yiteguye gufasha ku rugamba ingabo za Congo. Umuvugizi wa gisirikare wa MONUSCO, lieutenant-colonel Basse yagize ati:«Turi hano mu rwego rwo gufasha Leta ya Congo, cyane cyane ingabo za Congo, ku bijyanye n’ingufu. N’ukuvuga ko igikorwa cyose cyakorwa n’ingabo za Congo kizaterwa inkunga ku buryo budasubirwaho n’ingabo za MONUSCO kugira ngo amahoro agaruke muri kiriya gice cy’igihugu» Ibi biravugwa mu gihe inshingano nshya z’ingabo za ONU muri Congo zisobanutse kandi zifite ingufu zishobora gutuma zigira uruhare runini mu kugarura umutekano zasabwe na MONUSCO, ubutegetsi bwa Congo ndetse n’amashyirahamwe ategamiye kuri Leta. Hakaba hategerejwe ko byemezwa n’inama y’umuryango w’abibumbye ishinzwe amahoro kw’isi. Ubwanditsi
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn" ]
allowed
d376f2c8a5a0a2f6564bed2a35fd0d04
keep
[]
[ 6.7, 9, 10, 9.9, 8.9, 10, 10, 4, 0 ]
./WIDE-20121025061427-crawl425/WIDE-20121025063850-03547.warc.gz
376,216,542
35,372
127,955
http://www.leprophete.fr/2011/12/14/abanyarwanda-bagungiye-muri-uganda-nibadahaguruka-ngo-birindire-umutekano-agatsiko-k-abasajya-karakomeza-kubica-urusorongo/
text/html
2012-10-25T07:08:38
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "lug_Latn" ]
[ 0.8073, 0.1927, 0 ]
mer. 14 déc. 2011 Itangazo dukesha umuryango mpuzamahanga ushinzwe uburenganzira bw’ikiremwamuntu «Human Rights Watch», ryashyizwe ahagaragara i New York taliki ya 06 ukuboza 2011, rirasaba abayobozi b’igihugu cya Uganda gutangiza amaperereza arambuye kandi adafifitse ku iyicwa ry’umunyamakuru w’umunyarwanda, wishwe taliki ya 30 ugushyingo 2011. «Human Rigts Watch» irasaba ko abamwishe bamenyekana, ndetse bagashyikirizwa ubutabera. «HRW» ikomeza ivuga ko guverinoma ya Uganda yagombye no kwita ku mutekano w’abanyamakuru b’abanyarwanda bahungiye muri Uganda, n’abandi banenga guverinoma y’u Rwanda baba muri icyo gihugu. Charles Ingabire, wari umwanditsi mukuru w’«Inyenyeri News», wanengaga ku buryo bugaragara guverinoma y’u Rwanda, yarashwe amasasu abiri mu gatuza mu ijoro ubwo yari avuye mu kabari gaherereye ahitwa Bukesa-Kikoni Makerere, i Kampala. Inshuti ze zatangarije «Human Rights Watch» ko Ingabire yakundaga kunywera muri ako kabari, kuri uwo mugoroba akaba ari ho yari yagorobereje. Umuvugizi wa polisi ya Uganda yatangarije ibinyamakuru ko polisi yahise itangiza amaperereza ku iyicwa rya Charles Ingabire, ko n’abantu babiri bafashwe kugirango babazwe iby’urupfu rw’uyu munyamakuru. Daniel Bekele, umuyobozi ushinzwe Afurika muri «Human Rights Watch», ati «Itoteza ry’abakorera guverinoma rishobora no kurenga imipaka y’u Rwanda. Kubera urupfu rwa Charles Ingabire, dufite impungenge ku mutekano w’abandi banyamakuru bahunze n’abatavuga rumwe na guverinoma». «Human Rights Watch» irasaba ikomeje Polisi ya Uganda ko yagombye gushakira mu nzira zose zishoboka abishi ba Charles Ingabire, ikanashaka uburyo irushaho kurinda umutekano w’izindi mpunzi z’abanyarwanda. Charles Ingabire, wari ufite imyaka 31 y’amavuko, yari umucikacumu rya jenoside yabaye muri 1994 mu Rwanda. Yari yarakoze akazi k’itangazamakuru mu Rwanda, aza guhungira muri Uganda mu mwaka wa 2007, ari na ho yari yaraboneye impapuro zimwemerera ubuhunzi. Akiri muri Uganda, yatangaga amakuru mu Umuvugizi, kimwe mu binyamakuru binenga cyane guverinoma y’u Rwanda. Umuvugizi wahagaritswe mu mwaka wa 2010 n’Inama nkuru y’itangazamakuru y’u Rwanda, iyi ikaba ibogamiye kuri guverinoma y’u Rwanda. Jean-Léonard Rugambage, undi munyamakuru w’Umuvugizi, yarasiwe mu murwa mukuru w’u Rwanda, i Kigali, muri kamena 2010. Umwanditsi mukuru w’iki kinyamakuru, Jean-Bosco Gasasira, we yafashe inzira y’ubuhungiro muri 2010, nyuma y’imijugujugu itabarika yari ibangamiye umutekano we. Nyuma y’uko Umuvugizi uhagaritswe, Charles Ingabire yahise aba umwanditsi mukuru w’akanyamakuru kasohokeraga ku mbuga za internet, «Inyenyeri News», aka kanyamakuru kakaba karakunze guhitisha inkuru zinenga cyane perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, guverinoma y’u Rwanda, ndetse n’ingabo za yo. Mu gihe gito gusa, urubuga rw’«Inyenyeri News» rwari rumeze nk’urwacengewe na guverinoma, ku buryo inkuru zari zisigaye zirusohokaho zari zarahinduye umurongo noneho wo gusingiza guverinoma. Inshuti za hafi za Charles Ingabire zatangaje ko zakekaga ko abantu bari hafi ya guverinoma bari barigaruriye uru rubuga . Charles Ingabire na bagenzi be baje kwimurira «Inyenyeri News» ku wundi murongo mushya wa internet, uyu murongo ukaba wari warakomeje guhitisha amakuru anenga guverinoma y’u Rwanda. Inshuti za hafi za Charles Ingabire zanatangarije «Human Rights Watch» ko uyu munyamakuru yakomeje kubagezaho iby’itotezwa rye rya buri gihe mu mezi yabanjirije urupfu rwe. Mu meza abiri mbere gato y’uko yicwa, yari yigeze guterwa , aranakubitwa, orudinateri ye barayimucuza. Aba bagizi ba nabi, batigeze bamenyekana, bamubwiye ko bamushakagaho guhagarika umurongo wa internet . Nyuma y’aho yakomeje kwakira kuri telefoni ye igendanwa imirongo y’amagambo amutoteza, atagira ba nyirayo (anonymes). Izi «messages» zikaba zaramuteraga ubwoba ko agomba guhagarika gusohora inkuru ze zinenga guverinoma y’u Rwanda. Umuryango «Human Rights Watch» uvuga ko, n’ubwo hakiri kare cyane guca iteka ku mpamvu z’urupfu rwa Charles Ingabire, urupfu rwe ruri muri gahunda yo guhohotera abanyamakuru bigenga, abagize imitwe ya politiki inenga ubutegetsi, n’iy’abahagarariye sosiyete sivile mu rwanda. Mu myaka ya 2010 na 2011, abanyamakuru benshi banenga cyane guverinoma y’u Rwanda, barakurikiranywe, barafatwa, barafungwa, abahungiye mu bindi bihugu na bo bahojejwe ku nkeke inshuro zitabarika. «Human Rights Watch» ikomeza yerekana ko, ku buryo bwihariye, abanyarwanda baba mu gihugu cya Uganda, ari bo ba hohoterwa cyane kubera ukuntu ibi bihugu bituranye hamwe n’imikoranire yo hapfi bya kunze kugirana . Impunzi z’abanyarwanda ziba i Kampala zitekereza ko zihohoterwa n’abantu bakorera inzego z’iperereza zo mu Rwanda. Iri hohoterwa ku batavuga rumwe n’ubutegetsi ntiribarizwa ku mpunzi z’abanyarwanda ziba i Kampala, gusa. Muri kamena 2010, jenerali Kayumba Nyamwasa, wari umukuru w’ingabo z’u Rwanda, yararusimbutse muri Afurika y’Epfo. Kayumba Nyamwasa, mbere wari hafi ya perezida Kagame, ubu ni we urwanyiriza mu buhungiro guverinoma y’u Rwanda. Muri gicurasi, abanyarwanda babiri batuye mu Bwongereza, na bo baburiwe na polisi i Londres, ko hariho ihohoterwa ryari kubakorerwaho, rikozwe na guverinoma y’u Rwanda. Bekele asoza avuga ko «Guverinoma y’u Rwanda yemeza ko yitangiye demukarasi n’ubwisanzure bw’itangazamakuru, nyamara ibi bikaba ngo ntaho bihuriye n’ukuri niba abayinenga bahohoterwa, bakanahozwa ku nkeke». Ati «abashinzwe ubutabera bw’u Rwanda bagombye kwifatanya na bagenzi babo bo muri Uganda, kugirango bashakire hamwe ukuri ku rupfu rwa Charles Ingabire». Amiel Nkuliza, Sweden. Source : Umuvugizi.com Harya ngo umwicanyi kabombo kagame yishe Charles ? None muragirango aberaho nta ntumbi imuri mu biganza rero ? Abahutu bazima yarabamaze dore abo asigaranye ni babandi yirirwa akiniraho baruswe n'inda zabo. Bariya ntacyo bamutwaye, ubu abagezweho ni bene wabo bacitse kw'icumu rye ryo muri 94, aba nabarangiza azakurikizaho biriya bihuna by'amuyobotse, n'abarangiza yivugane umugore we dore ko ngo yaba atangiye kwerekana ko azamusimbura, nyuma asogote umuhungu we cyomoro, maze ahasigaye YIYAHURE. ICYO ABANTU BATARUMVA KUGEZUBU NUKO KAGAME WISHE KANDI UCYICA ABANTU BANGANA KURIYA BAMOKO YOSE, ATARI MUZIMA MU MUTWE. YARENZE IGARURIRO BURIYA NAMAGAMBO ASIGAYE AVUGA SIWE, AHUBWO ARIMO ARIBAZA ATI KWISASIRA BENSHI MBERE YUKO MFATWA NAMAHANGA NIBYO BIZAMPESHA ISHEMA IMBERE YA SHITANI AKORERA. UBUMUNTU NTABWO AGIRA NTANUBWO YIGEZE ! NABAMUSHIZEHO BYARABARENZE ariko mugihe gitO BAGIYE KUMUBWIRA NGO STOP. Ubutumwa bw'uyu musore Gerard mwatubwiye, ko ngiye hariya kuri musabyimana singire icyo numva? Mwandangira neza? Ubundi uyu musore Gerard ni uwo mu Ruhango, bavuga ko ari umutwa, uretse mu nce za Ruhango mbere ya 1994 hari abatwa benshi bameze neza b'abatunzi, bahingaga, sinzi niba barabumbaga kuko ntigeze mpabona inkono zanitse ku irembo. Nahacaga incuro nyinshi ngiye kwa nyogokuru. Aho hantu hitwa i Kanazi ndetse hegereye paroisse ya Ruhango h'i Kibingo. Uriya Gerard rero sinzi neza niba aho navugaga ariho akomoka, ariko abatwa b'aho bari abagatulika cyane. Gerard yamamaye cyane nyuma ya genocide, kuko yakuze gusengera cyane kuri paroisse ya Ruhango, muri ya "communauté de l'Emmanuel" yashinzwe na nyakwigendera Cyprien Rugamba. Aho i Kibingo hamaze kwamamara cyane kuko ngo hakorerwa ibitangaza abantu bagakira, abadaimoni bakirukanwa....(ntimumbaze ingero z'abo naba narabonye kuko ntigeze njyayon'ubwo ari bugufi no mu rugo. Gusa nemera bibaho kandi bishoboka kuko ni isezerano UWITEKA yaduhaye: Joel/Yoweli 3:1-... "Mu minsi y'imperuka nzasuka Umwuka Wanjyemaze abakobwa banyu n'abahungu banyu bazarota.........." Gerard yashakanye n'umukobwa w'umucikacumu w'iwacu (duhuje cellule na secteur nyine muri Ruhango)wari umukobwa mwiza w'umukristu, witondaga cyane (icyo ntahamya n'umutima we), ariko rwose yaritondaga ngo ngwino urebe.Yari wa mukobwa utuje udasamara wibera mu masengesho yanakoraga hariya i Gitarama mu mugi.......... Ibihe byiza Reka mbabwire abavuga ko batuvugira weho Forongo reka kurya amabyi ubeshya abantu abagande baragutamitse uranywa anaraso yacu wa gisambo kigisahiranda we.Uyu musore ubona ababo bashiriye i Gikongoro muri genicide . Uyu musore yari umusirikare intambara irangira ari escorty wa Ibigira.Nubwo abagande ari ibivume yabakoreye neza cyane kuko yari umusirikare mwiza cyane rwose. Yahembwe kujya kwiga secondaire arangiriza Rushashi. Nyuma ajya kwiga Ulk afite ubwenge cyane ahangararira za cooperative yaje gusenywa na politique ya Fpr!!! none reba arapfuye nta na kana asize koko??? none uracecetse ukavuga ngo Fpr yahagaritse genocide kandi uwacitse agipfa ndagusaa ngo ubaze abacikacumu bamaze kwicwa wa gisahiranda we gusa uhereye ku ba nyakibuye bose???? none Ingabire koko azize iki? Twunvaga tuzishimira kuyoborwa na bene wacu ngo turakize none ntaho twavuye ntaho twagiye weho ntacyo ikitumariye kuko uranywa amaraso ya bacu gusa uzapfe nkuko Charle apfuye kuko ntacyo utumariye gusa Ehe,ndumva Cameroun yugarijwe, none ko itari kure ya Centrafrique,naho baba bahari?Nibande?Atari amatiku ariko? Yewe Gérard Ruvunabagabo koko ntacyo atavuze. Bari bashatse kumuhitana ni uko imana ye yemera yakinze ukuboko. Ubutumwe mwese mubwumve. http://www.musabyimana.net/lire/article/gerard-le-predicateur/index.html Dore uko watubwiye le08/12/2011. "Kuri wowe wakoze komantere #122 nawe wakoze komantere # 123 witwa Rwajekare,mbanje kubasuhuza. Nasomye komantere zanyu mwakoze kuri komantere n° 121 nakoze kuri iriya nkuru y'inshamugongo yatangajwe na leprophete.fr igaragaza uburyo Ibuka yavutsemo.mwifuje kumenya byinshi ku bya dogiteri josué kayijaho na mukuru we assiel kabera wahoze ari perefe ku kibuye.amakuru make mfite ngiye kuyegeranya nzayabagezaho mbere y'itariki 10/12/2011,mbinyujije kuri leprophete.fr mugire amahoro y'imana. " None se bite???? "leprophete.fr" se yaba yarakwangiye guhitisha inkuru wari wadusezeranyije? Rwajekare. Muvandimwe,niba muri kamere yawe wumva ugambiriye ikibi,umva ubu buhamya bw'intuma y'Imana.Niba umutima wawe utarabaye urutare,uri buhinduke nta shiti!!Ndashimira Gaspard Musabyimana wabudusangije! http://www.musabyimana.net/lire/article/gerard-le-predicateur/index.html Rwajekare. ariko mureke mbibarize;iyo mwirirwa mwiyama mr Kagame wenyine njye mbona atari byo twagombye guhera kuri biriya bigoryi by' ibihutu biri muri za ministeri byashyize imbere imidigi gusa!birimo biratinza revolution Urugereko rwy'ubujurire rw'urukiko mpuzamahanga rwashyiriweho u Rwanda, rwahanaguye igihano cyo gufungwa burundu kuri Koloneri Theoneste Bagosora wari umukuru w'ibiro bya minisitiri w'ingabo muri 94. Urwo rukiko rwategetse ko Koloneri Bagosora afungwa imyaka 35. Umuvugizi wa urukiko, Laurent Amoussouga, yabwiye BBC ko urwo rukiko rw'ubujurire rwamuhanaguyeho bimwe mu byaha yari yahamajwe n'rukiko rw'ibanze mu mwaka wa 2008. Urwo rukiko kandi rwahanaguye icyaha cyo gufungwa burundu kuri Liyetona Koloneri Anatole Nsengiyumva,rwategetse ko Nsengiyumva afungwa imyaka 15. Laurent Amoussouga yavuze ko Nsengiyumva ahita arekurwa kubera imyaka yari amaze muri gereza. Abakurikirana ibya jenoside yo mu Rwanda, bavuga ko Bagosora ariwe wari ku isonga mu gucura umugambi wa jenoside. Yewana mwatashye se tukabafunga abandi tukabica ko namwe mwishe abacu! Cg dukomeze tubajonjore kuko uretse muri uganda no mu burayi n'amerika tubari inyuma, africa yepfo se ubwo murihishe ko mwibeshya cyane reka tubanze tumare kubaneka kuko na charles twamuburiye kenshi ntiyumva. Ariko mwatashye ko ubu twakize imodoka n'inzu byiza turarya tukanwa icyo dushaka ahubwo kagame muzehe wacu twiteguye kuzongera tukamutora 100% ahubwo nibahindure vuba itegekoshinga. Ibyo kwa pilato yo gatisndwa namayobera gusa. Ese abamurwanya bose bab ari abajura, abasinzi, amabyi, ibigarasha nibindi byosi yishakiye? We akaba macinya korera, impiswi. Mureke ibyo yibye we ntawe uzabimwicira bazabisenya yiyahure. ikibabaje n'uko nta n'uwe uzabirokoko kubera urwango amaze kugwiza mu banyarwanda. bazabarya prosheti kurusha za nterahamwe zariye mitima yabatutsi. Ariko se ko mbona abanyarwanda bari hanze barakaye? Ariko mwatashye koko! Ubu twarakize cyane kuburyo turarya tukanywa icyo dushaka imodoka n'inzu byiza mbese harakabaho kagame muzehe wacu kandi dufite n'umutekano uhagije ahubwo abategura gahunda nibahindure vuba itegeko nshinga tuzongere tumutore. Nonese yasobanura ko yatuye muri iyo sambu gute? Si nyuma yo gutema cg kumenesha uwari uyirimo mbere ya 59? Tujye tworoherana bana, ntawuva amaraso aruta ayundi. Niba Koko isambu yari iya Kamanzi mbere ya 1959 agataha agasanga njyewe Gahutu nyituyemo, ndumva bigaragaye ko aribyo ngomba kuyivamo. Aramutse akwemereye kuyigumamo ni ubwumvikane buba hagati y'abantu ubwabo nta kindi. Gusa Leta nayo igufasha kubona aho uba wikinze. Amahoro ndebye ibintu byitorero byabereye kuli stade regional mbona yuko abanyarwanda tutareba kure. ibintu bali kubigisha ni bimwe nibyo mrnd yigishaga i interahamwe. Byatumye nibaza aho tugana naho tuva. Ese ko iNyenzi nkotanyi zitera zali zarashyize mu migambi yo kurwanya imikorere ya za mrnd nkaba mbona alibyo bali gukora ubungubu. Ndabona ibibazo byurwanda bikomeye cyane kandi ntamuntu uhaguruka ngo abyamagane. abantu bali bakomeye muli ideolgie muli mrnd nibo inkotanyi nako inyenzi inkotanyi zili gukoresha nkibaza niba atali umutego abanyarwanda twashyizwemo dore ko byose bikora kimwe. Congres za mrnd zabaga muli decembre nabo bazitangiye buretse ko ngo bazita imihigo. YEwe mu nyarwanda wagorwa ntaho uvuye ntaho ugiye ndabona bitazoroha. nibyo koko KAYUMBA na KAREGEYA bazi byinshi ariko ujye unazirikana ko umutekano wabo utabemerera ubu kugira byinshi bakora!!ujye wishyira mu mwanya wabo kandi unazirikana ko bafite imiryango. cyokora njye mbona kuva aho bafatiye iya mbere hari byinshi byagaragaye kuri Kagame tutari tuzi!!! Sur la liste des agents de la sûreté de l'Etat rwandais apparait le nom de Emmanuel Neretse. Ce dernier a publié pas d'articles dans lesquels il dénoncé la dictature de Kagame. Comment a-t-il succombé aux tentations du régime qu'il a combattu pendant des années? Incroyable, mais vrai. Neretse, tu viens de nous traïr Tumaze iminsi dukora iperereza ku bijyanye n’imikorere y’inzego z’ubutasi za perezida Kagame, nyuma yo kubona amakuru yerekanaga ko izo nzego zisigaye zirirwa mu bikorwa byo kuneka abatavuga rumwe na Kagame aho bari hose, yaba mu Burayi, Amerika cyangwa muri Afurika. Muri iyi nkuru yacu twibanze cyane ku buryo bamaze kubaka «reseau» idasanzwe, yaba muri Afurika cyangwa mu Burayi, bakoresheje amafaranga baha bamwe mu bari hafi y’abatavuga rumwe na Kagame, kugirango babaneke, ari na ko banagura abandi kugirango bakomeze banekere u Rwanda mu bihugu bahungiyemo. Kugeza ubu uza kw’isonga ry’uku kunekera mu buhungiro ni umunyarwanda ubarizwa muri Cameroun witwa Zikamabahari Jean Baptiste, uyu akaba yarahawe akayabo katabarika na Gen Jack Nziza, aho yamuhaye inshingano za mbere zo kumvisha umuryango wa perezida Habyarimana, kuyoboka. Zikamabahari akaba yarijeje Gen Jack Nziza ko azabigeraho, cyane cyane ko, n’ubwo yashwanye n’umugore we wa mbere, mwene wabo wa hafi wa Agatha Habyarimana, ngo azakoresha ubucuti afitanye na Jean-Luc Habyarimana kugirango abumvishe ko bayoboka ubutegetsi bwa perezida Kagame. Izindi nshingano Gen Jack Nziza yahaye Zikamabahari ni izo kuneka RNC, ibi akaba arimo kubikora akoresheje umwanya afite w’uko ari umwe mu bahagarariye RNC muri Cameroun. Amakuru agera ku Umuvugizi yemeza ko Col Karegeya arashobora kuba yaracetse ko Zikamabahari yaba abaneka , dore ko aherutse na we kumwibariza baganira impamvu yaba yaracitse intege. Uyu Zikamabahari na none azwiho kuba yarahawe inshingano zo kugura umwe mu bategarugori bazwi cyane muri Cameroun, unahafite ijambo, witwa Niyitegeka Domitilla, uyu akaba yaramuguze mu rwego rwo kugambanira impunzi z’abanyarwanda zibarizwa muri Cameroun. Niyitegeka akaba anateganyijwe kugana mu Rwanda mu minsi ya vuba, mu rwego rwo kumvikana neza na maneko za perezida Kagame zamusezeranyije agashimwe gatubutse, karimo n’umwanya ukomeye,namara kugambanira impunzi zose z’abanyarwanda zibarizwa muri Cameroun. Andi makuru twashoboye kubona kandi dufitiye gihamya, yemeza ko Zikamabahari yamaze kumvisha Gen Jack Nziza ko azagura umwe mu bayoboke ba RNC witwa Gervais Condo, akaba yaranatangiye kumuvugisha ko yayoboka Leta ya perezida Kagame, bakamugenera ishimwe rifatika. Undi muntu twashoboye kumenya na none umaze kwamamara mu kunekera perezida Kagame, akoresheje amafaranga ya Gen Jack Nziza, ni uwitwa Eric Habineza, uyu ibirindiro bye byo kuneka bikaba bibarizwa mu Bubiligi ahitwa Liege na Namur, aho aherutse guhabwa akayabo gatubutse nyuma yo kuva i Kigali mu minsi ishize. Eric Habineza yatumwe na Gen Karenzi Karake kuneka Gen Kayumba Nyamwasa akaba yarabigezeho nyuma yo kwishushanya nk’umuyoboke wa RNC mu Bubiligi, igikorwa cyamuhuje na Gerald Gahima, na we akaba yaraje kumuhuza na Gen Kayumba Nyamwasa, batangira kuganira. Amakuru agera ku Umuvugizi, yemeza ko email zose Eric Habineza agirana na Gen Kayumba, azohereza i Kigali, ibi bikaba byaramuhesheje amanota yatumye ahura na perezida Kagame mw’ibanga mu ruzinduko aherutsemo mu Bufaransa. Abifashijwemo na Inyumba Aloysia, na we abitegetswe na Gen Karenzi Karake hamwe na Col Dr Ndahiro Emmanuel, yashoboye guhura na perezida Kagame mu cyumba cya Hoteli yari acumbitsemo. Zimwe mu nshingano perezida Kagame yahaye Eric Habineza zari ukuba yakomeza kuneka Gen Kayumba Nyamwasa, ku bw’umwihariko anahabwa izindi nshingano zo gukoresha ubucuti afitanye na Rusesabagina Paul, kumenya ibyo arimo muri iyi minsi. Amakuru akomeje kutugeraho kandi dufitiye za gihamya, yemeza ko maneko za perezida Kagame ziherutse kohereza intumwa yazo idasanzwe mu Bubiligi yitwa maitre Zitoni Pierre Claver, mu rwego rwo kugura umwe mu bayobozi ba RNC mu Bufaransa witwa Ngarambe Joseph, kugirango azayoboke perezida Kagame, kugeza ubu maitre Zitoni akaba ari umwe muri za maneko za perezida Kagame zivuga rikijyana, akaba anahabwa ubutumwa butandukanye bwo kuneka no kumvisha bamwe mu batavuga rumwe na Kagame, kuyoboka. Safari Alex Ndahiriwe na none ni umwe muri maneko za Kagame ubarizwa mu Bubiligi, wahawe akayabo katabarika, akaba afite inshingano zo kuneka abatavuga rumwe na Kagame babarizwa mu Bubiligi, akananeka igice cya CNDP gishyigikiye Gen Nkunda. Ibi akaba abikora ari na ko atanga raporo kuri Gen Jack Nziza, Lt Col Karibata Anaclet, hamwe na maneko ushinzwe kuneka Kongo by’umwihariko, witwa Capt Senkoko. Col Emmanuel Neretse na we ni umwe mu bahoze mu gisirikare cya perezida Habyarimana, akaba yarahungiye mu Burayi, aho yaje kwamamara anenga Leta ya perezida Kagame kuri blog ya Musabyimana Gasipari, ari byo byatumye agurwa na Leta ya Kagame ikaza kumuha akayabo katabarika binyuze kuri Gen Ceaser Kayizari. Nyuma y’aho amenyekaniye, byatumye ava mu Bubiligi agana muri Canada, mu rwego rwo kuyobya uburari, ariko na none Leta ya Kagame ikaba yaramusabye kugaruka mu Bubiligi mu minsi ishize, aho agomba gukomereza akazi yamutumye. Njye hari ikintu ntarasobanukirwa, abantu benshi bo muri RNC bazi neza neza abicanyi abo aribo kuko benshi bakoranye nabo! Abantu bica abandi haba mu Rwanda haba hanze y'igihugu, RNC irabazi kuko abayobozi bayo bakuru bayoboye igisirikare ndetse na Sercice z'ubutasi z'u Rwanda! Ni gute KAREGEYA yakomeza kwicecekera kandi azi neza abicanyi yasize mu Rwanda akabigira ibanga? Ni gute Kayumba NYAMWASA wabaye umukuru w'ingabo ndetse agashingwa ubutasi atazi abo yakoranye nabo imyaka n'indi? Kugeza ubwo umuvugizi utangira kubwira abantu bagomba kwirindwa bakorera mu bihugu byo hanze? Buriya abantu bishe uriya mugabo wo muri Green party ntimubazi? Abishe uriya John Bosco ntimubazi? n'abandi n'abandi... Kuki mutabashyira ku karubanda maze abanyarwanda bakabamenya, bakajya babagendera kure? Ahubwo nkurikije ibyo nasomye mu UMUVUGIZI biragaragara ko za Maneko za Kagame zibana na RNC ndetse bahanahana amakuru! Njye inama nagira RNC ni iyo gukorana n'abahutu bagaragaje ko badacana uwaka na RPF aho kureba amazuru n'inkomoko! Naho ubundi ubugi bw'imbugita bwa Kagame buracyabaca amajosi! Nimutubwire n'abo muzi bakoreraga muri DMI bamwe bica abantu bagahirikira mu mifuka barangiza bagahimba ababahitanye, nimutubwire abica abantu bakabarambikaho AK47 ngo bari amabandi kandi bazize ubuhotozi bwa FPR,mufite incuti muri uriya mutwe nimubabwire batange amazina ya ba ESCADRONS DE LA MORT, nimutubwire amazina y'abicanyi bari mu Rwanda kuko murabazi, yego iyi ni intambwe ndende muteye (mubinyujije mu muvugizi), ariko mukomereze aho mutubwire ibiba bitegurirwa muri RPF kuko turabizi neza mwarabanye, muraziranye. Hari n'abantu benshi bishwe kuburyo RNC ifite amakuru kuri bo nibitubwire tumenye uwo twirinda. Gusa njye narangije gufata icyemezo, uzibeshya akagira icyo ahungabanyaho uwo ariwe wese wo mu muryango wanjye najye nzagenderera uwe, kuko twese tuva amaraso. Kagame ntazahora agira abantu incike ngo yibwire ko we atagira abana! Ba Jack Nziza bafite imiryango, uzibeshya akibasira uwanjye nanjye ubu narangije gufata gahunda, IJISHO ku RINDI, iryinyo kurindi! Nzatakira amahanga kugeza ryari? Ba Sendashonga ubona amahanga hari icyo ababwiye? Lizinde? Col.Cyiza?, aho kugira icyo babaza Kagame ntibavuga ngo bazamwongerera inkunga? Bazi ibyo abaha abikuye muri Congo! Ariko ararye ari MENGE, Emmanuel NORIEGA hari uwamurushaga ubucuti muri bariya bazungu? Naho se Hosni MUBARAK? Kagame yibwira ko amurusha uko yatoneshejwe? Ben LADENI? Wibwira ko yatojwe nande? Mwe MPUNZI n'INGARUZWAMUHETO nimwe mbwira! Dore baca umugani mu kinyarwanda ngo ubabaye niwe UBANDA URUGI! Mukomeze mwisinzirire Kagame nawe ariko abiba umugono!Ayiiinya! mwibwiye ko muri ibwotamasimbi iyo za Amerika n'uBurayi mugira ngo mwageze iyo mujya! Ejo sinumvise namwe byakomeye? HAGOWE MWE, NJYE NZIRWANAHO NIYIBESHYA. IS RWANDA’S CUT-THROAT LEADER ABOUT TO LEAVE POWER? u Aliko ko ndeba iyi nkenya yintutsi yabateje ururondogoro !!!??? ubu muzi abantu we yahitanye uko bangana ?? muzamubaze abamuzi murwanda , Kagame arabica nyine , nawe aliko bazamwica , ese iyo ategura kwica umuntu agatanga amafranga kandi agapfa aba azi ko we azapfa uruhe !!!!??? uyu ingabire we se mubwiwe niki ko atali igihano ahawe kubera amabi yakoze ??? uwicisha inkota azayicishwa !!!!bizabatangaza mwumvishe uwishe Kagame muzumurwa pe !!!!muzumirwa mumenye uwo aliwe !!!!!Umuntu wese uzi ko halicyo aziranyeho na kagame cg inzego ze z'iperereza , uwo rwose nasezere kubavandimwe be niko bimeze , kagame afite new strategies !! yita : KILL THEM Ili nijmabo akunda gukoresha iyo arakaye mugitondo abamugezaho ibili mubinyamakuru , ibyasohtse , hamwe nibyanditswe kuli Internet !!! Ati , abo bajyinga bamvuga ibyo harabuliki ngo ngo BAGIRWE IBYO BAKORERWA , ABO BANTU NTAGO ALI BEZA . uko niko aba avuga mwiyumvira kabisa .Gusa Ashyire Genera KAYUMBA MUKANWA KE . (mercredi, 14 décembre 2011 21:22) kuri agahomamunwa ufite amakuru atari yo Bagosora yahinduriwe igihano, donc aho kuba icya burundu, yakatiwe imyaka 35, bazakuramo iyo amazemo, hanyuma nayirangiza arekurwe! IBYO BISAMBO IBISIMBA BIHUGUZA IMFUBYI N'ABAPFAKAZI AMASAMBU NTIBIGIRA UMUBARE BYUZUYE IGIHUGU BYITWIKIRIYE IBISHURA AHO KWITWIKIRA IVANJIRI! UWANDITSE KURI NUMERO 12 NTURUWAMBERE! Tumaze kumenya ko RNC ari ihuriro Kagame yashinze abinyujije mubo yitukishaga ngo tugire ngo, igihe yabatukaga ngo ni ibigarasha none twamenye ko yari amayeri yo kumenya kuburyo burambuye opposition naho ikorera. Amayeri ya mukotanyi!!!! Ariko mbwira, abagabo bose babaye mu rwego rw'iperereza ngo bahunze Kagame, nuwahoze amukorera ngo aramuhunze mwabibonye he? Uriya ni nka FDRL ivuguruye kuko iya mbere yarimo abahoze ari interahamwe itakibaho ahubwo hasigayeho iyo Kagame yishingiye kugira ngo imufashe gusahura no kuba muri Congo ubuziraherezo, mugende gahoro rero dore byarangiye impunzi zose z'abahutu zari zaragiye muri RNC zose zamazwe kugurwa kubera amayeri ya Kayumba na Kagame. nongere mbabwire ko amafranga atunze RNC aturuka i Kigali muri FPR, mubyitwaremo neza! @Karahamuheto 42 Ubonye ngo wirengagize ukuri ukubona?, ibyo tubyita nyirarureshwa! Umbaye kure mba ngututse, none se koko arakubabaje? Ndumva umbeshya ahubwo urasekera mu gihanga kuko mwacyuye umuhigo, uwabaha inyama ze mukazirya mwo kagwa ku gasozi nkako mwagushijemo. Ngo uri Karahamuheto wo karaha amabya ya so we! Ubwicanyi bwanyu buzabata ku gasozi Mu Rwanda dufite abacikacumu b'ingeri ebyeri:Abacitse kw'icumu rya genocide yakorewe abatutsi hakabaho n'abacika kagame cyane cyane abahutu nabamunenga. agahomamunwa !!!!!!!!!!! (mercredi, 14 décembre 2011 20:54) Genocide yakorewe abatutsi ni icyuka : Bagosora "le cerveau du genocide tutsi "yarekuwe :yagizwe umwere !!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!! AYIWEWE ?AYINYAAAAAAA § Génocide y'abatutsi ngo bishwe ngobazira ukobavutse ni impimbano ?????Rahira ko niba yaranabaye ko atari Kagame wayiteguye akanayishyira mubikorwa ????????????????Imana ihora ihoze . IMANA IMUHE IRUHUKO RIDASHIRA.Mbabajwe nurupfu rwuyu musore w umunyarwanda.Mbabajwe kandi nabantu bakomeje kwitirira igihugu cyu Rwanda kugira uruhari murupfu rwuyu musore,Leta y u Rwanda ifite inshingano zo kurinda abaturage bayo aho bava bakagera ariko se kandi umuturage wahunze iyo Leta akaba yibera i Bugande akaba yariciwe mu kabari aho yanyweraga asangira nabandi bantu koko nawe abazwe umukuru wigihugu cyu RWANDA.Perezida KAGAME nkeka ko nawe yababajwe nurupfu rwuwo musore ariko se kandi simbona Responsibility ye muri urwo rupfu.Amaperereza nakorwe abamwishe bahanwe ariko mureke guca imanza nkizi. INAMA.Nyamuneka abiyita ko mwahunze nimwitware nkimpunzi mumenye gutaha kare saa munani zijoro mu kabari harya ubwo uba uri impunzi ese umwenegihugu we ayo masaha nta kibazo yamutera ,Gusa mbabajwe nuyu musore. Nagirango nongereho gatoya umuntu wese ugize uwo aziho ikintu amutubwire kuko ashobora kuba afite mwene wabo akamushora mu by'ubunetsi kandi twe tutabizi ni byiza ko tubashyira kukarubanda nka metre zitoni pierre claver ni umuhungu wa mushiki wa rugamba cyprien muramwibuka twiga UNR we yigaga muri droit,ubwo n'abandi ni ugutohoza tukabamenya,kandi abahutu bamwe bibagirwa vuba,nyuma y'imyaka mike yibagiwe ukuntu inyenzi zamufunze,akavamo yenda gusara bakamwirukana kukazi isi ni aho igeze kweli? Rwose Ikigikorwa UMUVUGIZI(izina niryo muntu) mwatangiye Mugikomeze. Gusa mujye mushyiramo Ubushishozi mutazagira uwo murenganya. Nziko mufite Abanyamakuru muri burigihugu cyo ku isi, Mubabwire batange amaziina y'ABANYARDA bashinzwe Guhiga abandi bababuza amahoro. Abashinzwe kwamamaza Ibikorwa bya MUVOMA nako MRND ya Polo aho hose Mumahanga. Nababwiye ko isaa igeze bazabyishyura. Murakzoe Ibuka ibabajwe n'urupfu rw'uwahoze ayiyobora INGABIRE CHARLES. Twifatanyije n'bumuryango we. Ese ko muvuga abatemerwa intoki n'andi bahohoterwa,nk'abamburwa amasambu ahabwa ngo abari barahunze 1959,iryo tegeko rishya agatsiko kasinye mwibwirako ritabuyereza abantu? ibaze umuntu utuye mubutaka imyaka 50 Leta ya Kagome ikaza ikagukuzamo igitugu nta n'impamba iyo ngoma ngome yarangiza,ngo abari hanze nibatahuke mu rwababyaye baratahahe? ndababuriye rero mwene Mhzee icumbi kagome yarishatse kera aho uzajya harazwi n'uzahagutuza yarateguwe. haryango:"umushyikirano" jye nsanga ari inama y'"UMUSHINYAGUZI" ngaho mukomere kandi mwirwaneho naho ubundi agatsiko karatumaze. Inama nabagira,abahawe ubuhngiro muze dufatanye dusezerere ayo mazirantoki araturambiye. abaphyinagazwa kandi mwihangane nta joro ridacya ,nta n'imvura idahita. Nshimye iki gikorwa cyiza cyo kuvuga aho intore ziri hose n'abo zikururukana nazo. ibi bitere imbaraga abatuye buri mujyi wose mu gihugu arimo tubashyire ahagaragara, izi mburagasani zimenye ko akazo kashobotse! nyamara mu bwongereza bari bamaze kugira agahenge ahari??? Ngaho abatuye Lyon, Paris, Rpuen, Montpellier, Gatineau, Québec, Liège, Mons, n'ahandi, mukore kigabo Courage Kera kubwa Kinani(umugabo di)icyo bise reforme scolaire inyaka ibiri bongeyeho babeshya abana ngo ni secondaire,nyuma byagaragaye ko muburezi ntagahunda irimo,bati abarangije badafite amahirwe ni ukujya mu mashuri y'imyuga bakibeshya ko abana batabisocnukiwe,ariko muri cyagihe cy'amashyaka menshi abo bana babuzijwe amahirwe nibo bitwaye neza guhindura ibyo batemeraga bamwe munkotanyi,abakombozi,aba jdr,ariko intego yabo yagezweho,kidobya yajemo nyuma basanze bavangiwe nuwahanuye indege none harabura iki ko n'ubundi tutishimye? AHAAAAA! NYAMARA!!!! NGO SIWE BWONKO BWA JONOSIDE, SINAWE WAYITEGUYE!!! MUZUMIRWA! Turebe uko byiteye,ndemera bimwe Kagame arimo kwohereya abahutu muri mission yo gutereta abandi bahutu ngo batahe kubera igitutu cy'aba occident ambassade ya usa ikigali yarabinenze niyo mpanvu yapanze gvmt kuriya,abo bahutu nibaza mu rnda bamwe bazabona imyanya ni myinshi abandi basubizwe hanze gucyura bene wabo,abandi bacunge umutungo wa polo uba hanze(barize kandi ni honest)bityo opposition icike intege,abatutsi bo bafite ingorane ni malhonnet arabazi bose binjiraga mu nkotanyi basahuye reta ya Kinani(turabazi bose abari aba gerant cg comptable)ikizere cyabo kizarangira vuba baribeshye,abacikacumu mwihanagure ntimukigezweho,amahera yanyu ari muri izo mission uvuze ni kukaburi inama mubwirwa buri munsi ntimuzunva inzira ntibwipa umugenzi Ndibwirira #30, ndabona yishimye cyane bitewe ni uko kagame azatura nk'umusozi maze abahutu bose bakazagwa ishyanga, ashobora kuba yishimiye ukuri , ariko amenye ko ibyo byishimo bye bitatewe n'abahutu ahubwo byatewe ni uko abe kagame yabisasiye! Ibyo rero birarushaho guha kagame akabaraga ko kwica abandi batutsi nka Ingabire kugira ngo abahutu batazasubira kubutegetsi, nkaba nabwira uyu wishimye cyane ko rwose agomba kwihutira gushyira abana be babatutsi bamaze gucuka kagame kugira ngo nabo abice maze abigereke kubahutu! Urwifuriza mukaso rugatwara nyoko!! Génocide au Rwanda: peine réduite à 35 ans de prison pour le colonel Bagosora ARUSHA (Tanzanie) - La chambre dappel du Tribunal pénal international pour le Rwanda (TPIR) a réduit mercredi de la perpétuité à 35 ans de prison la peine du colonel Théoneste Bagosora, le plus célèbre des détenus du tribunal, qui dirigeait de facto l'armée rwandaise au début du génocide de 1994. La chambre dappel écarte la peine demprisonnement à vie et impose une peine 35 ans de prison, a déclaré le président de la chambre, Theodor Meron. Dans le même jugement, la chambre a condamné à 15 ans de prison le colonel Anatole Nsengiyumva qui avait également écopé de la prison à vie en première instance. Les juges ont ordonné sa remise en liberté immédiate, en prenant en compte le temps passé en détention préventive. Les deux hommes restent coupables de génocide, crimes contre lhumanité et crimes de guerre, mais plusieurs conclusions des premiers juges ont été annulées. Cela entraîne une réduction de peine, a indiqué le juge Meron. Contrairement aux juges de première instance, la chambre dappel na pas estimé que le colonel ait ordonné les différents crimes dont il était accusé. Mais, a-t-elle conclu en substance, il savait que ces exactions allaient être commises et il na rien fait pour les prévenir alors quil en avait les moyens. La chambre dappel a maintenu une conclusion centrale du jugement de première instance selon laquelle Bagosora, un Hutu aujourd'hui âgé de 70 ans et alors directeur de cabinet au ministère de la Défense, était la plus haute autorité militaire du Rwanda entre le 6 et le 9 avril 1994. Le ministre de la Défense se trouvait en mission à létranger tandis que le chef dEtat-major de larmée venait de mourir dans lattentat contre lavion du président rwandais hutu Juvénal Habyarimana, qui avait servi de déclencheur au génocide. La chambre dappel a confirmé la responsabilité de Bagosora, en tant que supérieur hiérarchique, pour différents crimes perpétrés à des barrages routiers à Kigali. Parmi ces crimes, figurent des viols, des massacres de masse, des assassinats de responsables politiques, dont le Premier ministre Agathe Uwilingiyimana. Sa culpabilité est également confirmée pour le meurtre de Casques bleus belges tués après son arrivée au camp Kigali. Dix paras belges de la force de lONU ont été tués dans ce camp dans la journée du 7 avril 1994, dont une partie avant larrivée de Bagosora. Bagosora, arrêté au Cameroun le 9 mars 1996, avait été condamné le 18 décembre 2008 à la prison à vie au terme d'un procès phare du TPIR. Le tribunal avait alors toutefois blanchi le colonel Bagosora et ses co-accusés, l'ex-commandant des opérations dans le secteur militaire de Gisenyi (nord-ouest), Anatole Nsengiyumva, et le chef du bataillon para-commando dans la zone de l'aéroport de Kigali, le major Aloys Ntabakuze, du crime d'entente en vue de commettre un génocide avant le 7 avril 1994, une qualification recouvrant notamment l'élaboration collective du projet génocidaire. La condamnation à perpétuité de Bagosora avait alors été saluée par le Rwanda. Le génocide, perpétré d'avril à juin 1994, a fait, selon l'ONU, environ 800.000 morts, dans l'immense majorité au sein de la minorité tutsi. Oya kagame ntazotumara.Pasitoro Gitwaza yavuze ko tuzogwira. Akinterahamwe kabaye! Murajyahe noneho mwabisimbamwe? Ati kutiyamamaza bizaterwa nuko tubishatse atari uko babidutsindagiyeho. Kagame utsinze imbwa zingirabwoba, PALIR, ALIR,abacengezi,FDLR nizindi mbwamputu ashobora kwiyamamaza bundibushya! Musaziye, muzanapfira mubuhungiro mwanyamaswamwe. Ahasigaye nimutuze, muvuge Urwanda rutere imbere muzahutuka rugeze kure mwambwa zabahutumwe puuuu. Sibwoko bubi ni umuvumo kababayeho!!!! Heeeeeeeeeeeeee! noneho se ko ndeba KKKKKKKKKKKKKKKK atangiye kudutwara kweli arabona ko turi bake none akaba atangiye kudukoramo arabona atikora munda kweli? Yewegaa wweeeeeeeeeeeeeeeeeeeee! Mana tabara! KAYUMBA TWAGIRA WOWE KUKO NAMBERE NIWOWE WATUROKOYE NAHO URIYA YARI YIRYAMIYE MUNDAKE I MUSHA. NDAKWIBUKA KURUGAMBA NKUMVA NDARUKUMBUYE NGO TWONGERE TUBOHORE URWANDA. Findi findi irutwa na so araroga sha Kayumba haguruka wowe niba ufite ibikoresho naho abari tayari turahari. turabasabira!! " on peut tuer quelqu'un mais on ne peut pas tuer ses pensées" repose toi en paix mon frère Ingabire nous nous souviendrons de toi tous les jours. que Dieu recoive tous ceux qui meurrent pour leurs idées, tous ceux qui sont opprimés,tous ceux qui ont le chagrin mais qui n'ont personne à raconter leur chagrin, tous ceux qui sont pourchassés à cause de leurs idées, tous ceux qui sont en prison à cause de leurs idées. que Dieu aide le RWANDA et les RWANDAIS. "I'm not leaving because of Guilty"Kagame said In other words "Guilty makes me stay in power " For those who understand english, kagame acknowledgesthe fact that Mme Ingabire is innocent. Ariko koko Imana yagiyehe kuburyo uyu mwana wacitse icumu ry'interahamwe none akaba ajyanwe nabakamubumbatiye koko! wa mana we umenya utakitwibuka u rda ! komeza ubirebere ni akazi kawe! Mbabaze abazi abayoboye n'imiyoborere y'abacikacumu(nako abacikakagame kuko niwe cumu nyoryo rikomeje koreka urda), Ingabire Charles yaba yarabaye umuyobozi w'abacikakagame muruherwego! Rw'akarere, akagari, cg igihugu. Ukobimezekose ntiyigeze level ya Forongo kdi uko numva ngo nawe yikoreramo muri icyokigega babikamo avuye mumagufwa y'abahutu. None rero bivuge ko impamvu forongo atagize icyo avuga kumucikakagame kagame yivuganye ar'uko abona ko nawe bazamugerera muka charles vubaha! Ahaaa gusa icyakora kagome yarakwiye kumenya ko kugura no kwica abantu kugirango abacecekeshe arebako yarara kabiri bizamuhenda cyane kdi nyuma aveho kdi nabi. Inama nuko yareka kwica abantu kdi agafungura inzirakarengane,akareka ubwisanzure muri democracie otherwise no matter what he tries, this time around he is not going to be the winner! OMG uyu mugabo aravuga ngahahamuka neza neza!! azatumara rwose, a change has to be made immediatly, otherwise rwandans are in danger! ....... Andi makuru twashoboye kubona kandi dufitiye gihamya, yemeza ko Zikamabahari yamaze kumvisha Gen Jack Nziza ko azagura umwe mu bayoboke ba RNC witwa Gervais Condo, akaba yaranatangiye kumuvugisha ko yayoboka Leta ya perezida Kagame, bakamugenera ishimwe rifatika. Undi muntu twashoboye kumenya na none umaze kwamamara mu kunekera perezida Kagame, akoresheje amafaranga ya Gen Jack Nziza, ni uwitwa Eric Habineza, uyu ibirindiro bye byo kuneka bikaba bibarizwa mu Bubiligi ahitwa Liege na Namur, aho aherutse guhabwa akayabo gatubutse nyuma yo kuva i Kigali mu minsi ishize. Eric Habineza yatumwe na Gen Karenzi Karake kuneka Gen Kayumba Nyamwasa akaba yarabigezeho nyuma yo kwishushanya nk’umuyoboke wa RNC mu Bubiligi, igikorwa cyamuhuje na Gerald Gahima, na we akaba yaraje kumuhuza na Gen Kayumba Nyamwasa, batangira kuganira. Amakuru agera ku Umuvugizi, yemeza ko email zose Eric Habineza agirana na Gen Kayumba, azohereza i Kigali, ibi bikaba byaramuhesheje amanota yatumye ahura na perezida Kagame mw’ibanga mu ruzinduko aherutsemo mu Bufaransa. Abifashijwemo na Inyumba Aloysia, na we abitegetswe na Gen Karenzi Karake hamwe na Col Dr Ndahiro Emmanuel, yashoboye guhura na perezida Kagame mu cyumba cya Hoteli yari acumbitsemo. Zimwe mu nshingano perezida Kagame yahaye Eric Habineza zari ukuba yakomeza kuneka Gen Kayumba Nyamwasa, ku bw’umwihariko anahabwa izindi nshingano zo gukoresha ubucuti afitanye na Rusesabagina Paul, kumenya ibyo arimo muri iyi minsi. Amakuru akomeje kutugeraho kandi dufitiye za gihamya, yemeza ko maneko za perezida Kagame ziherutse kohereza intumwa yazo idasanzwe mu Bubiligi yitwa maitre Zitoni Pierre Claver, mu rwego rwo kugura umwe mu bayobozi ba RNC mu Bufaransa witwa Ngarambe Joseph, kugirango azayoboke perezida Kagame, kugeza ubu maitre Zitoni akaba ari umwe muri za maneko za perezida Kagame zivuga rikijyana, akaba anahabwa ubutumwa butandukanye bwo kuneka no kumvisha bamwe mu batavuga rumwe na Kagame, kuyoboka. Safari Alex Ndahiriwe na none ni umwe muri maneko za Kagame ubarizwa mu Bubiligi, wahawe akayabo katabarika, akaba afite inshingano zo kuneka abatavuga rumwe na Kagame babarizwa mu Bubiligi, akananeka igice cya CNDP gishyigikiye Gen Nkunda. Ibi akaba abikora ari na ko atanga raporo kuri Gen Jack Nziza, Lt Col Karibata Anaclet, hamwe na maneko ushinzwe kuneka Kongo by’umwihariko, witwa Capt Senkoko. Col Emmanuel Neretse na we ni umwe mu bahoze mu gisirikare cya perezida Habyarimana, akaba yarahungiye mu Burayi, aho yaje kwamamara anenga Leta ya perezida Kagame kuri blog ya Musabyimana Gasipari, ari byo byatumye agurwa na Leta ya Kagame ikaza kumuha akayabo katabarika binyuze kuri Gen Ceaser Kayizari. Nyuma y’aho amenyekaniye, byatumye ava mu Bubiligi agana muri Canada, mu rwego rwo kuyobya uburari, ariko na none Leta ya Kagame ikaba yaramusabye kugaruka mu Bubiligi mu minsi ishize, aho agomba gukomereza akazi yamutumye. Jean Bigirimana Munyaneza uzwi kw’izina rya petit Musa kubera kuba yarashatse umukobwa wa Foto Musa, ni umwe na none muri maneko za perezida Kagame zikorera mu Bubiligi no muri Cameroun, aho akoresha akayabo ahabwa na Gen Jack Nziza, mu rwego rwo kuneka abatavuga rumwe na Kagame babarizwa muri ibyo bihugu. Mu minsi ishize Gen Jack Nziza akaba yarashatse kumufasha gushinga uruganda rukora imigati “Bakery” muri Cameroun, ariko bikaza kwicwa n’akazi kenshi afite mu Bubiligi agomba kurangiza, dore ko yahawe amafaranga menshi yo kunekera mu Bubiligi no mu Burayi bwose, ubwo yajyaga i Kigali mu minsi ishize, mu gikorwa cya Ngwino urebe. Amakuru Umuvugizi ufitiye gihamya yemeza ko na none Gen Jack Nziza yirirwa ahamagara Alex Rudasingwa, umwe mu bayobozi ba RNC mu Bubiligi, amusaba kuneka ibikorwa bya RNC hamwe n’abandi banyarwanda babarizwa ku mugabane w’Uburayi. Andi makuru na none atugeraho kandi yizewe, yemeza ko maneko za perezida Kagame zahaye inshingano umugore witwa Venansiya Berga, ubarizwa muri Afurika y’Epfo, kuneka ibikorwa bya RNC hamwe na Col Karegeya ku bw’umwihariko. Uyu mugore akaba abikora aneka umwe mu basore bari hafi ya Col Karegeya, akaba n’inshuti ye, witwa Emile Rutagengwa. Venansiya Berga akora uko ashoboye kugirango avugishe Emile Rutagengwa, yarangiza kumukuramo amakuru agahita ahamagara Col Rosa Kabuye cyangwa Lt Col Gatete Karuranga, na bo bagahita batanga raporo kwa Kagame. Undi na none ni uwitwa Norbert Rukimbira, wahawe inshingano zo kuneka RNC mu Bubiligi no mu Bufaransa, ariko amakuru atugeraho akaba yemeza ko ari hafi guhindurirwa akazi, mu minsi itaha akaba azajya gukorera i Kigali kuberako yamaze kumenyekana . Mu minsi itaha tubasezeranije ko tuzakomeza kubagezaho ibikorwa bya za maneko za perezida Kagame, ku by’umwihariko zikorera muri Canada na Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Johnson, Europe. Tumaze iminsi dukora iperereza ku bijyanye n’imikorere y’inzego z’ubutasi za perezida Kagame, nyuma yo kubona amakuru yerekanaga ko izo nzego zisigaye zirirwa mu bikorwa byo kuneka abatavuga rumwe na Kagame aho bari hose, yaba mu Burayi, Amerika cyangwa muri Afurika. Muri iyi nkuru yacu twibanze cyane ku buryo bamaze kubaka «reseau» idasanzwe, yaba muri Afurika cyangwa mu Burayi, bakoresheje amafaranga baha bamwe mu bari hafi y’abatavuga rumwe na Kagame, kugirango babaneke, ari na ko banagura abandi kugirango bakomeze banekere u Rwanda mu bihugu bahungiyemo. Kugeza ubu uza kw’isonga ry’uku kunekera mu buhungiro ni umunyarwanda ubarizwa muri Cameroun witwa Zikamabahari Jean Baptiste, uyu akaba yarahawe akayabo katabarika na Gen Jack Nziza, aho yamuhaye inshingano za mbere zo kumvisha umuryango wa perezida Habyarimana, kuyoboka. Zikamabahari akaba yarijeje Gen Jack Nziza ko azabigeraho, cyane cyane ko, n’ubwo yashwanye n’umugore we wa mbere, mwene wabo wa hafi wa Agatha Habyarimana, ngo azakoresha ubucuti afitanye na Jean-Luc Habyarimana kugirango abumvishe ko bayoboka ubutegetsi bwa perezida Kagame. Izindi nshingano Gen Jack Nziza yahaye Zikamabahari ni izo kuneka RNC, ibi akaba arimo kubikora akoresheje umwanya afite w’uko ari umwe mu bahagarariye RNC muri Cameroun. Amakuru agera ku Umuvugizi yemeza ko Col Karegeya arashobora kuba yaracetse ko Zikamabahari yaba abaneka , dore ko aherutse na we kumwibariza baganira impamvu yaba yaracitse intege. Uyu Zikamabahari na none azwiho kuba yarahawe inshingano zo kugura umwe mu bategarugori bazwi cyane muri Cameroun, unahafite ijambo, witwa Niyitegeka Domitilla, uyu akaba yaramuguze mu rwego rwo kugambanira impunzi z’abanyarwanda zibarizwa muri Cameroun. Niyitegeka akaba anateganyijwe kugana mu Rwanda mu minsi ya vuba, mu rwego rwo kumvikana neza na maneko za perezida Kagame zamusezeranyije agashimwe gatubutse, karimo n’umwanya ukomeye,namara kugambanira impunzi zose z’abanyarwanda zibarizwa muri Cameroun. Biracyaza!!! Kuki mutinda mu makona?Kagame ubwe aherutse kwigamba muri Uganda ko ariwe wishe Charles none ngo amaperereza ninde uyobewe ko U Rwanda ruyobowe n'umwicanye Kabuhariwe?Ahubwo turyamire amajanja aho bukera aratumara..... RNC ni urunwa kuva kera, reka babatware cyagisahiranda cyabo bita Ngarambe Joseph, kinukirwa n'ifaranga nk'imbwa ku nyama. Bazakiguyaguya bakemerere umwanya ubundi bamene urutwe ! |Abasigaye bo niba batemeye gupfukama ngo basabe imbabazi kagame bazagenda hanyuruzwa kamwe kamwe. Inama: nibagane iy'ishyamba n'aho ubundi Urugambo Kuri Nyakubahwa ntirukora. Nyamwasa na Karegeya; ubu murabona muri abo guterana amagambo na Leta ya Kagame nka Twagiramungu kweri ? Mwamufashe mpiri atarabatanga ko iriya ari team mwitangirije , mukayirera mukayikuza !
[ "nob_Latn", "unk", "fon_Latn", "unk", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "swh_Latn", "ita_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "ltg_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "sna_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "ltg_Latn", "sna_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "unk", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "fra_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "eng_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "sag_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "tgl_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "sag_Latn", "run_Latn", "fra_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "uzn_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "fra_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "fra_Latn", "fra_Latn", "fra_Latn", "fra_Latn", "fra_Latn", "fra_Latn", "fra_Latn", "fra_Latn", "fra_Latn", "fra_Latn", "fra_Latn", "fra_Latn", "fra_Latn", "fra_Latn", "fra_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "fra_Latn", "eng_Latn", "eng_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "eng_Latn", "unk", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "eng_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kmr_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "run_Latn" ]
allowed
f7dd9126cc54a81fa11d310a4c0795ba
keep
[]
[ 5.7, 5.5, 10, 10, 10, 10, 9.2, 10, 7.4 ]
./WIDE-20121115200118-crawl419/WIDE-20121115234847-06048.warc.gz
607,226,348
9,663
42,213
http://www.igihe.com///imikino/football/?debut_gh_news=12
text/html
2012-11-16T01:11:52
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "lug_Latn" ]
[ 0.9969, 0.0031, 0 ]
Mu mukino wari utegerejwe na benshi mu gikombe cya Carling Cup ubu cyabaye Capital One Cup, Chelsea yihimuye kuri Manchester United iyitsinda 5... Umukinnyi w’umupira w’amaguru mu ikipe ya Barcelona n’ikipe y’Igihugu ya Argentine Lionel Messi aratangaza ko atifuza kugira indi kipe yazajya... Mark Clattenburg wasifuye umukino wavugishije byinshi abafana b’amakipe ya Chelsea na Manchester United, ashobora gutakaza uburenganzira bwo... Kubera umukino w’amahirwe wo gutegera insinzi z’amakipe hagamijwe gutombora amafaranga igihe utsinze, abafana b’amwe mu makipe y’umupira w’amaguru... Nyuma y’aho KBS ifitanye amasezerano n’ikipe ya Etincelles FC batumiye abafana ndetse n’umuririmyi Jay Polly ngo abasusurutse bamwe barivumbuye ngo... Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku Isi (FIFA), ku wa 29 Ukwakira 2012 ryashyize ahagaragara urutonde rw’abakinnyi 23 bazatorwamo umukinnyi wa... Mu mukino wo ku munsi wa 7 wa shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda(Primus National Footbal League), Kiyovu Sports yakomeje guhagarara ku mwanya... Ikipe ya Chelsea, yareze umusifuzi Mark Clattenburg wasifuye umukino yakinnye na Manchester United imushinja gukoresha ’imvugo idakwiye’ ku... Niyonzima Haruna yanze kongera amasezerano mu ikipe ya Yanga Africans akinira mu cyiciro cya mbere mu gihugu cya Tanzania kubera ko ngo ashobora... Mu mikino yo kwitegura kwizihiza isabukuru y’imyaka 25 umuryango wa FPR Inkotanyi umaze uvutse, Umurenge wa Kicukiro watsinze utababariye Umurenge... Mu rwego rwo gusoza imyitozo ya gisirikari yari ahuje ingabo zo mu muryango wa Afurika y’Uburasirazuba “Ushirikiano Imara 2012” yaberaga i Gako kuva... Mu mukino wa shampiyona y’umupira w’amaguru icyiciro cya mbere mu Bwongereza Arsenal yatsinze QPR igitego kimwe ku busa kuri uyu wa 27 Ukwakira... Ubwo CECAFA 2012 igomba kubera mu gihugu cya Uganda guhera tariki ya 24 Ugushyingo kugeza ku ya 8 Ukuboza 2012, amakipe y’ibiguhu azitabira iryo... Umutoza wa Chelsea mu Bwongereza, Roberto Di Matteo, aratangaza ko Chelsea bahangayikishijwe n’imvune umukinnyi wabo John Terry yagiriye mu mukino... Mu mukino wa gicuti wo kwishyura hagati y’amakipi y’u Rwanda na Namibia wabereye kuri Stade Amahoro ku wa 14 Ugushyingo 2012, warangiye amakipi... Kuri iki cyumweru tariki ya 11 Ugushyingo, i Remera habereye umukino w’umupira w’amaguru wa gicuti wahuje ikipi ya Mulindi FC na" LES VIEUX LIONS... Ubwo CECAFA 2012 igomba kubera mu gihugu cya Uganda guhera tariki ya 24 Ugushyingo kugeza ku ya 8 Ukuboza 2012, amakipe y’ibiguhu azitabira iryo... Umutoza wa Chelsea mu Bwongereza, Roberto Di Matteo, aratangaza ko Chelsea bahangayikishijwe n’imvune umukinnyi wabo John Terry yagiriye mu mukino... Kuri iki cyumweru tariki ya 11 Ugushyingo, i Remera habereye umukino w’umupira w’amaguru wa gicuti wahuje ikipi ya Mulindi FC na" LES VIEUX LIONS...
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn" ]
allowed
af68047572ad87d6a2f8d63105183851
keep
[]
[ 5.2, 8.4, 10, 9.3, 9.8, 9.8, 8.4, 0, 0 ]
./WIDE-20121115200118-crawl419/WIDE-20121115234847-06048.warc.gz
616,529,717
9,559
42,343
http://www.igihe.com///imikino/football/?debut_gh_news=60
text/html
2012-11-16T01:13:02
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "lug_Latn" ]
[ 0.9944, 0.0056, 0 ]
Umukinnyi w’umupira w’amaguru muri Rayon Sports Khamiss Cedric wari warahagaritswe kongera gukina bisabwe n’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ry’u... Umutoza w’umupira w’amaguru mu cyiciro cya mbere Ntagwabira Jean Marie watozaga Rayon Sports yahanishijwe guhagarikwa imyaka 5 mu bikorwa byose bya... Urutonde rugaragaza uko umupira w’amaguru uhagaze mu bihugu bigize Ishyirahamwe mpuzamahanga ry’umupira w’amaguru ku isi (FIFA) rwasohotse kuwa... Mu irushanwa ryo guhatanira igikompe cy’amakipe y’umupira w’amaguru yabaye aya mbere iwayo ku mugabane w’u Burayi(UEFA), Arsenal yatsinze... Umutoza w’Iikipe y’Igihugu Amavubi Srejedovic Milutin uzwi ku izina rya Micho aratangazako nta mukinnyi n’umwe ukina hanze y’u Rwanda ku mugabane w’u... Mu rwego rwo kwagura amarembo no kumenyekanisha ibikorwa by’umupira w’amaguru mu Rwanda, Murangwa Eugene alias Belle wahoze ari umunyezamu wa Rayon... Umukinnyi wigize kuba icyamamare mu mupira w’amaguru mu gihugu Burundi no mu Rwanda Kubi Banga Lewis yishwe mu mpera z’icyumweru gishize yishwe... Ku munsi wa gatandatu wa shampiyona y’umupira w’amaguru mu Bwongereza ku i tariki ya 29 Nzeri 2012 Chelsea yatsinze Arsenal ibitego bibiri kuri... Mu mukino wo gusoza amarushanwa mu bigo bya Leta na za Minsiteri, yabanjirijwe n’umukino wahuje ikipe y’umupira w’amaguru y’Abaminisitiri n’abakozi... Ubwo Ikipe y’u Rwanda y’abatarengeye imyaka 17 yavaga mu mikino yanyuma y’igikombe cy’Isi yabereye muri Amerika y’Amajyepfo mu gihugu cya Mexique,... Ruhago y’Abanyamerika izwi ku izina rya “American football “, yatangiye gukinirwa mu Rwanda. Americana Football yatangiye gukinirwa mu Ishuri... Imodoka ya Sotra Tours yari itwaye ikipe y’Isonga FC nyuma yo kuva i Rusizi ku mukino w’umunsi wa kabiri wa shampiyona yagize impanuka ku... Ubwo CECAFA 2012 igomba kubera mu gihugu cya Uganda guhera tariki ya 24 Ugushyingo kugeza ku ya 8 Ukuboza 2012, amakipe y’ibiguhu azitabira iryo... Umutoza wa Chelsea mu Bwongereza, Roberto Di Matteo, aratangaza ko Chelsea bahangayikishijwe n’imvune umukinnyi wabo John Terry yagiriye mu mukino... Mu mukino wa gicuti wo kwishyura hagati y’amakipi y’u Rwanda na Namibia wabereye kuri Stade Amahoro ku wa 14 Ugushyingo 2012, warangiye amakipi... Kuri iki cyumweru tariki ya 11 Ugushyingo, i Remera habereye umukino w’umupira w’amaguru wa gicuti wahuje ikipi ya Mulindi FC na" LES VIEUX LIONS... Ubwo CECAFA 2012 igomba kubera mu gihugu cya Uganda guhera tariki ya 24 Ugushyingo kugeza ku ya 8 Ukuboza 2012, amakipe y’ibiguhu azitabira iryo... Umutoza wa Chelsea mu Bwongereza, Roberto Di Matteo, aratangaza ko Chelsea bahangayikishijwe n’imvune umukinnyi wabo John Terry yagiriye mu mukino... Kuri iki cyumweru tariki ya 11 Ugushyingo, i Remera habereye umukino w’umupira w’amaguru wa gicuti wahuje ikipi ya Mulindi FC na" LES VIEUX LIONS...
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn" ]
allowed
640ba8d8e245d5fa19f052ab4aef4a6d
keep
[]
[ 5.2, 9.3, 10, 9.1, 8.5, 9.9, 8.5, 0, 0 ]
./WIDE-20121115200118-crawl419/WIDE-20121115234847-06048.warc.gz
620,173,114
9,549
42,149
http://www.igihe.com///imikino/football/?debut_gh_news=36
text/html
2012-11-16T01:13:42
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "lug_Latn" ]
[ 0.9959, 0.0041, 0 ]
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Burayi (UEFA) kuwa 18 Ukwakira 2012 ryahanishije ikipe ya La Lazio Rome ihazabu y’Amayero 40 000 kubera abafana... Ubwo mu minsi yashize havugwaga ko Yanga Africans yo mu cyiciro cya mbere muri Tanzania ishaka kugura Mbuyu Twite n’ impanga ye Kabange Twite,... Zlatan Ibrahimovic yegukanye igihembo cy’umukinnyi mwiza ukuze 2012 Umukinnyi w’umupira w’amaguru Zlatan Ibrahimovic ni we wegukanye igihembo... Ku munsi w’ejo kuwa kabiri taliki 16 Ukwakira 2012 nibwo havugwaga ko ikipe ya Rayon Sports yabonye umutoza mushya, uyu akaba ari umufaransa... Ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 17 (Amavubi U-17) yatsinzwe n’Isonga FC igitego kimwe ku busa mu mukino wa gicuti wo kwitegura umukino wo... Mu gihe hari hamaze iminsi havugwa ibibazo by’abatoza mu ikipi ya Rayon Sports, inkuru igezweho ni uko yamaze kubona umutoza mushya w’umufaransa... Mu rwego rwo gukora amatsinda y’irushanwa ry’igikombe cy’Ibihugu cy’Afurika 2013, Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Afurika (CAF) ryashyize... Ashley Cole, umukinnyi wa Chelsea unakinira ikipe y’igihugu y’u Bwongereza yanze icifuzo cy’ ikipe ya chelsea yifuzaga ko yamwongerera amasezerano... Umukino wahuzaga ikipe ya Senegal n’iya Cote d’Ivoire, mu mikino wo guhatanira kujya mu gikombe cy’Afurika, kuri Stade yitiriwe Léopold Sedar... Mu mukino wa gicuti wahuje ikipe y’igihugu, Amavubi, n’ikipe y’igihugu ya Namibia mu rwego rwo kwitegura imikino ya CECAFA, CHAN n’imikino... Umukino wahuje ikipe y’igihugu y’u Bwongereza n’ikipe ya San Marino ku itariki ya 12 Ukwakira 2012, u Bwongereza buyobowe na kapiteni Wayne Rooney... Mu mukino wa mbere wo gushakisha itike yo kuzitabita imikino ya nyuma y’igikombe cy’Afurika umwaka utaha y’abatarengeze imyaka 17, umukino wabereye... Ubwo CECAFA 2012 igomba kubera mu gihugu cya Uganda guhera tariki ya 24 Ugushyingo kugeza ku ya 8 Ukuboza 2012, amakipe y’ibiguhu azitabira iryo... Umutoza wa Chelsea mu Bwongereza, Roberto Di Matteo, aratangaza ko Chelsea bahangayikishijwe n’imvune umukinnyi wabo John Terry yagiriye mu mukino... Mu mukino wa gicuti wo kwishyura hagati y’amakipi y’u Rwanda na Namibia wabereye kuri Stade Amahoro ku wa 14 Ugushyingo 2012, warangiye amakipi... Kuri iki cyumweru tariki ya 11 Ugushyingo, i Remera habereye umukino w’umupira w’amaguru wa gicuti wahuje ikipi ya Mulindi FC na" LES VIEUX LIONS... Ubwo CECAFA 2012 igomba kubera mu gihugu cya Uganda guhera tariki ya 24 Ugushyingo kugeza ku ya 8 Ukuboza 2012, amakipe y’ibiguhu azitabira iryo... Umutoza wa Chelsea mu Bwongereza, Roberto Di Matteo, aratangaza ko Chelsea bahangayikishijwe n’imvune umukinnyi wabo John Terry yagiriye mu mukino... Kuri iki cyumweru tariki ya 11 Ugushyingo, i Remera habereye umukino w’umupira w’amaguru wa gicuti wahuje ikipi ya Mulindi FC na" LES VIEUX LIONS...
[ "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn" ]
allowed
5ca2210545209ae032002fc188419664
keep
[]
[ 5.3, 9, 10, 9, 9.1, 9.6, 8.5, 0, 0 ]
./WIDE-20121115200118-crawl419/WIDE-20121115234847-06048.warc.gz
640,361,228
9,079
39,946
http://www.igihe.com///imikino/football/?debut_gh_news=1608
text/html
2012-11-16T01:15:50
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "lug_Latn" ]
[ 0.9917, 0.0084, 0 ]
Bakunzi b’imikino dore uko byaraye bigenze ku mugabane w’iburayi ku makipe yabaye aya mbere i wayo mu gikombe cya UEFA Champions league.... Maradona mu ruzinduko ahantu hatazwi ! Nyuma yaho ikipe abereye umutoza itsindiwe mu rugo na mu keba ikanongera gutsindirwa hanze ubu... Nyuma y’aho akandagiriye Van Persie mu mukino wahuzaga Manchester City na Arsenal , rutahizamu wa Manchester City ubu ari gukurikiranwa na FA... Bakunzi b’imikino ku igihe.com dore uko gahunda imeze ku makipe yabaye aya mbere iwayo ku mugabane w’iburayi . Kuwa kabiri... Bakunzi b’imikino kuri www.igihe.com ku mugabane w’’ u Burayi amashampiyona akomeye byari bishyushye ku mugoroba w’ejo. Bakunzi b’imikino ku igihe.com twabahitiyemo imwe mu mikino ikomeye itegerejwe mu mpera z’iki cyumweru Mu Bwongereza biraba bishyushye aho... Fabio Capello Yemerewe Miliyoni 2 natwara igikombe cy’isi ! Ibi ni ibitangazwa n’ikinyamakuru The mailonline aho kivuga ko FA ishyirahamwe... Eto’o ntazakina umukino wa Inter na Milan Umwaka utaha Ibi ni ibitangazwa na Jose Morinho uvuga ko abakinyi be bakomoka ku mugabane wa... Muri iki gihe iyo bavuze umuco ushingiye ku nka hari abavuga ko ushobora kuzacika bitewe n’ uko urubyiruko rutakimenya iby’umuco... Nubwo ikipe ya Misiri itari yazanye bamwe mu bakinnyi bayo b’ibirangirire nka Amr Zaky, Mohammed Zidan na Ahmed Hossam Mido, ntiyoroheye Amavubi... Nyuma yaho ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru”Amavubi Stars”ishoboye kwitwara neza mu majonjora abanza yo guhatanira kuzajya mu gikombe cy’Isi ndetse... — NDIKUMANA HAMADI KATAWUTI niwe wagizwe kapiteni w’ Amavubi — Urutonde rw’ abakinnyi 18 bagize AMAVUBI STARS ndetse n’abagize ikipe ya MISIRI-LES... Ubwo CECAFA 2012 igomba kubera mu gihugu cya Uganda guhera tariki ya 24 Ugushyingo kugeza ku ya 8 Ukuboza 2012, amakipe y’ibiguhu azitabira iryo... Umutoza wa Chelsea mu Bwongereza, Roberto Di Matteo, aratangaza ko Chelsea bahangayikishijwe n’imvune umukinnyi wabo John Terry yagiriye mu mukino... Mu mukino wa gicuti wo kwishyura hagati y’amakipi y’u Rwanda na Namibia wabereye kuri Stade Amahoro ku wa 14 Ugushyingo 2012, warangiye amakipi... Kuri iki cyumweru tariki ya 11 Ugushyingo, i Remera habereye umukino w’umupira w’amaguru wa gicuti wahuje ikipi ya Mulindi FC na" LES VIEUX LIONS... Ubwo CECAFA 2012 igomba kubera mu gihugu cya Uganda guhera tariki ya 24 Ugushyingo kugeza ku ya 8 Ukuboza 2012, amakipe y’ibiguhu azitabira iryo... Umutoza wa Chelsea mu Bwongereza, Roberto Di Matteo, aratangaza ko Chelsea bahangayikishijwe n’imvune umukinnyi wabo John Terry yagiriye mu mukino... Kuri iki cyumweru tariki ya 11 Ugushyingo, i Remera habereye umukino w’umupira w’amaguru wa gicuti wahuje ikipi ya Mulindi FC na" LES VIEUX LIONS...
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn" ]
allowed
28e3135d20025690800aed4b227e63af
keep
[]
[ 5.2, 8.2, 10, 9.2, 9.4, 10, 8.8, 0, 0 ]
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029044103-03697.warc.gz
105,214,361
7,484
30,488
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1209031250
text/html
2012-10-29T04:49:23
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "lug_Latn" ]
[ 0.9948, 0.0052, 0 ]
Umunyarwanda, Mugabo Alfred yatangiye gukinira Arsenal y'abatarengeje imyaka 21 Umusore w’umunyarwanda w’imyaka 17; Mugabo Alfred ukinira ikipe ya Arsenal; ubu yatangiye gukinira Arsenal y’abatarengeje imyaka 21. Muri shampiyona y’uyu mwaka wa 2012/2013 muri England Premier League U21 (shampiyona y’abongereza y’abatarengeje imyaka 21); Arsenal imaze gutsinda imikino yayo yose uko ari 2. Yatsinze Bolton 3-1 ku wa 20 Kanama; ndetse yongera gutsinda Blackburn; ubu ikaba ari yo ya mbere muri shampiyona y’abatarengeje imyaka 21 mu Bwongereza. AMu kiganiro n’Izuba Rirashe ,uyu mukinnyi Mugabo Alfred yavuze ko impamvu yagize amahirwe yo guhita avanwa mu ishuri ry’umupira w’amaguru rya Arsenal akajya mu ikipe y’abasimbura ya Arsenal; ari uko yagaragaye mu gikombe cy’isi cy’abatarengeje imyaka 17 cyabereye muri Mexique akinira u Rwanda. Mugabo yagize ati “ Kuva twava muri mondial(igikombe cy’isi); umutoza Liam Brady wa Arsenal y’abatarengeje imyaka 21 yambwiye ko ntagomba gusubira muri academy kubera ubunararibonye nari mvanye mu gikombe cy’isi. » Yakomeje agira ati : « Amahirwe nagize ni uko Brady ari nawe wari diregiteri w’ishuri ry’umupira w’amaguru ryacu bituma anshyira muri Arsenal y’abatarengeje imyaka 21 nubwo bikingora kubona umwanya wo gukina; cyane cyane ko ifite abakinnyi banduta kandi bakomeye. Ariko mfite icyizere ko mu minsi iri mbere nzajya mbona umwanya yemwe nkabanza no mu kibuga.” Mugabo yishimira urwo rwego amaze kugeraho ndetse akavuga ko igihe cyose u Rwanda ruzongera kumwiyambaza ngo arukinire azaza. Arsenal y’abatarengeje imyaka 21 izongera gukina tariki ya 03 Nzel 2012 mu mukino wa gatatu na Everton.2 Source :Izuba rirashe
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn" ]
allowed
0f1e31310081aaf30860433f46a9f963
keep
[]
[ 6.6, 9.2, 10, 9.8, 9.1, 9.6, 10, 2, 0 ]
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029044103-03697.warc.gz
105,947,917
7,964
31,776
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1206160321
text/html
2012-10-29T04:49:27
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "lug_Latn" ]
[ 0.986, 0.014, 0 ]
Ambassaderi Joseph Habineza yasabye Amavubi kudaterwa ubwoba na Nigeriya. Ambasaderi w’u Rwanda muri Nigeriya, Joseph Habineza yasuye ikipe y’igihugu Amavubi ku munsi w’ejo kuwa gatanu, mu myitozo aba basore bakoze mu rwego rwo kwitegura Nigeriya. Joseph Habineza, yasabye abakinnyi b’u Rwanda kwikuramo ubwoba bagatahana intsinzi. MU mukino wahuje u Rwanda na Nigeriya i Kigali, Ambasaderi Habineza Joseph yari yaje gushyigikira Amavubi. Ku isaha ya saa kumi n’imwe z’i Kigali, saa kumi z’amanywa zo muri Nigeriya, Amavubi na Nigeriya ziraza kwisobanura mu mukino wo kwishyura mu rwego rwo guhatanira itike yo kuzakina imikino ya nyuma y’igikombe cy’Afurika 2013. Uyu mukino urabera kuri sitade ya EU Esuene Calabar, ugomba kurangira amakipe yombi yisobanuye bitaba ibyo hakitabazwa penaliti. Icyo Amavubi asabwa, ni ugutsinda Nigeriya, bitaba ibyo amakipe akanganya ibitego dore ko nizinganya ubusa ku busa hagomba guterwa penaliti kugira ngo imwe ikomeze. Amavubi na Nigeria i Kigali ku itariki 28/2/2012. Nyuma y’imyitozo Amavubi yakoze ku munsi w’ejo, basuwe n’Ambasaderi w’u Rwanda muri iki gihugu, maze abasaba kudaterwa ubwoba na Nigeriya ahubwo baharanire kuba bayitsinda. Joseph Habineza cyangwa Joe, yasabye abakinnyi gukurikiza inama z’umutoza maze bagatsinda ikipe. Yagize ati : "Ndabifuriza intsinzi ku mukino uza kuduhuza na Nigeria. Ndabizi ko mufite ubushobozi bwo gutsinda Nigeria nkuko mwabigaragaje mu mukino ubanza wabereye i Kigali. Aba Nigeria baravuga cyane ariko ibyo ntibazabakange, mwebwe mushyireho umwete hanyuma mukine umukino wanyu," Ambasaderi Habineza yakomeje agira ati, "Nihashira iminota 45 murimo kwitwara neza, aba Nigeria barahita babafana kuko ntibakunda ko ikipe yabo ikina nabi. Ntimwite kuri possession y'umupira, icyo mugomba kwitaho ni ukureba mu izamu." Mu myitozo umutoza yahaye iyi kipe ku munsi w’ejo, yibanze ku gusatira izamu ndetse anabatoza gutera penaliti neza kugira ngo nibiramuka bisabye ko haterwa penaliti, Amavubi azitere gitore. Source : ferwafa Munyengabe Murungi Sabin.
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "fra_Latn", "jav_Latn" ]
allowed
74a3b76f9baffd5a9f56011e18580c72
keep
[]
[ 8.1, 9.9, 10, 9.9, 10, 10, 10, 3, 0 ]
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029044103-03697.warc.gz
109,734,613
7,303
30,078
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1209081115
text/html
2012-10-29T04:49:46
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "lug_Latn" ]
[ 0.9717, 0.0283, 0 ]
Rayon Sports n'akarere ka Nyanza bashyize umukono ku masezerano y'ubufatanye Kuri uyu wa gatanu tariki ya 7 Nzeli2012, inkuru yabaye kimomo ko ikipe ya Rayon Sports yasubiye ku ivuko nyuma yo gusinya amasezerano y’ubufatanye n’akarere ka Nyanza kagiye kuba umuterankunga mukuru wayo. Rayon Sports ihagarariwe n’umuyobozi wayo Ngarambe Charles n’akarere ka Nyanza kari gahagarariwe n’umuyobozi wako Murenzi Abdallah bashyize umukono ku masezerano amasezerano Ni mu gikorwa cyari kitabiriwe n’abayobozi batandukanye ku mpande zombi Rayon Sports akarere ka Nyanza. Aya masezerano akaba agiye kuba indunduro y’ibibazo bitandukanye biromo icy’amikoro cyakomeje kuzonga ikipe ya Rayon Sports kuko akarere ka Nyanza ariko kagiye kujya kita kubijyanye n’umutungo, guhemba, no gushaka abaterankunga by’iyi kipe. Umuyobozi wa Rayon Sports, Ngarambe Charles yibukije abaraho ko n’ubwo iyi kipe yabarizwaga I Kigali, icyicaro gikuru cyayo cyabaga I Nyanza mu buryo bwemewe n’amategeko. Umuyobozi w’akarere ka Nyanza, Murenzi Abdallah nawe yatanze icyizere ko ikipe izitabwaho nkuko izindi gahunda z’akarere zitabwaho kandi ko Ibibazo byakunze kuranga iyi kipe bigiye gukemuka. Rayon Sports izimukira ku mugaragaro I Nyanza ku italiki ya 22 Nzeli 2012, abafana bayo bari I Nyanza bakaba barateranyije amafaranga miliyoni zirindwi n’ibihumbi magana abiri na mirongo itandatu yo kwakira Gikundiro yabo. Rutaganda Ponny.
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "scn_Latn" ]
allowed
71d1d7ea68841bdbbc4869261203ee30
keep
[]
[ 8, 10, 10, 10, 10, 10, 10, 0, 0 ]
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029044103-03697.warc.gz
124,646,665
7,986
33,179
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1207151046
text/html
2012-10-29T04:50:56
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "swh_Latn" ]
[ 0.9991, 0.0009, 0 ]
Arsenal yegukanye igikombe n'ubwo yatsinzwe na Southmpton kuri penaliti. Ikipe ya Arsenal niyo yaraye yegukanye igikombe kitiriwe Marcus Liebherr nyuma yo gutsindwa na Southmpton kuri penaliti 5-4. Iki gikombe kitabiriwe n’amakipe atatu: Southmpton, Anderlect na Arsenal ari nayo yagitwaye irusha izindi amanota. Ni mu irushanwa ritegurwa n’ikipe ya Southmpton ifatanyije na Arsenal mu rwego rwo kwibuka Marcus Liebherr. Arsenal yatwaye igikombe. Arsenal yabanje gutsinda Anderlect yo mu Bubiligi igitego 1-0 cyatsinzwe na Lansbury ku mukino wayo wa mbere nyuma inganya na Southmpton 1-1. Anderlect niyo yabaye iya kabiri n’ubwo yari yaje idafite abakinnyi bayo bakomeye nka Mbokani,Iakovenko na Mbenza kubera kubura ibyangombwa by’ingendo (Visa). Ubusanzwe iri rushanwa babara amanota bakurikije ibitego n’imikino aho igitego no kunganya bingana n’inota rimwe naho intsinzi ikangana n’amanota abiri. Arsenal yarangije ifite amanota ane, ikurikirwa na Anderlect ifite amanota atatu nyuma yo gutsinda Southmpton 1-0 nayo igatsindwa 1-0 na Arsenal naho Southmpton iba iya nyuma. Arsenal yakoze akazi gakomeye muri uyu mukino. Ikipe ya Arsenal yatangiye kwitegura shampiyona y’umwaka utaha ikaba iteganya kwerekeza mu Malaysia aho izakina n’ikipe yahoo ku italiki ya 24 Nyakanga 2012. Source: goal.com Rutaganda ponny.
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "eng_Latn", "scn_Latn" ]
allowed
aa7b577b2cd97773f6970cee214ab7c1
keep
[]
[ 8, 10, 10, 10, 10, 10, 10, 0, 0 ]
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029044103-03697.warc.gz
126,177,693
7,216
29,782
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1207150234
text/html
2012-10-29T04:51:06
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "lug_Latn" ]
[ 0.9906, 0.0095, 0 ]
Amavubi U20 azakina na Nigeriya umukino wa gicuti. Nkuko bitangazwa n’umunyamabanga mukuru wa FERWAFA, Gasingwa Michel ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 20 izakina n’abasore Nigeriya ku italiki ya 24 Nyakanga mu rwego rwo kwitegura umukino wa Mali mu majonjora y’igikombe cya Afurika. Amavubi y’abaterengeje imyaka 20 kuri ubu arabarizwa mu gihugu cya Tanzaniya aho baraye bakinnye umukino wa gicuti na Tanzaniya nayo iri kwitegura guhura na Nigeriya. Mu mikino ibiri yari iteganyijwe gukinwa Amavubi yaraye atsinze uwa mbere ibitego 2-0 byatsinzwe ba Jean D’Amour hamwe Na Sebanani Crespo. Undi mukino bazawukina kuri uyu wa mbere taliki 16 Nyakanga bahite bagaruka mu Rwanda bazakomereza imyitozo. Amavubi U20 afite akazi katoroshye ko gusezerera imwe mu makipe y’abatarengeje imyaka 20 muri Afurika dore ko Mali ari imwe mu makipe yahagarariye Afurika mu gikombe cy’Isi cyabereye muri Colombiya. Umukino ubanza uzabera I Kigali ku italiki ya 29 Nyakanga mu gihe uwo kwishyura uzabera muri Mali. Gukina umukino wa gicuti na Nigeriya ni amahirwe Amavubi abonye yo kwipima n’ikipe ikomeye mbere y’uko bakira Mali. Rutaganda Ponny
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "scn_Latn" ]
allowed
3f28d9cde7fed097495c439391ec3daa
keep
[]
[ 7.9, 10, 10, 10, 10, 9.9, 10, 0, 0 ]
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029044103-03697.warc.gz
128,294,922
7,213
29,744
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1207161125
text/html
2012-10-29T04:51:19
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "kik_Latn" ]
[ 0.9986, 0.0014, 0 ]
CECAFA KAGAME CUP: Amakipe yo muri Tanzaniya akomeje gutsindirwa imbere y'abafana. Nyuma ya Yanga Africa yatsindiwe imbere y’abafana ku munsi w’ejo na Atletico ibitego 2-0, ikipe ya Simba SC nayo imaze gutsindwa na URA FC yo muri Uganda ibitego 2-0 nayo ikinira imbere y’abafana. Ni ku munsi wa kabiri w’irushanwa riterwa inkunga na Nyakubahwa perezida w’Urwanda Paul Kagame riri kubera mu gihugu cya Tanzaniya. Mu mukino uryoheye ijisho amakipe yombi yatangiye asatirana ariko URA FC iba ariyo ifungura amazamu ku munota wa 20 igitego cyatsinzwe na Feni Moses. Simba ikimara gutsindwa igitego yahise yiharira umupira ariko gutsinda biranga ari nako abafana ba mukeba wayo Yanga nayo yatsinzwe ku munsi w’ejo bogeza ikipe ya URA FC. Igice cya kabiri Simba yakomeje gusatira ihusha uburyo butandukanye bwo gutsinda yongera gutungurwa na Feni Moses watsindiye ikipe igitego cya kabiri umukino urangira ari ibitego 2-0. Moses Feni yahise asanga ku mwanya wa mbere w’abafite ibitego byinshi abandi bakinnyi batatu bafite ibitego 2 barimo: Lionel St Preus (APR FC), Selemani Yannick (APR FC) na Kavumbagu (Atletico FC). Rutaganda Ponny.
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "scn_Latn" ]
allowed
f4b8ac61bcc024af12839cf9ed908a3d
keep
[]
[ 8, 10, 10, 10, 10, 10, 10, 0, 0 ]
./WIDE-20121029033730-crawl417/WIDE-20121029044103-03697.warc.gz
131,174,438
7,606
31,349
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1207140854
text/html
2012-10-29T04:51:33
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "kik_Latn" ]
[ 0.991, 0.009, 0 ]
CECAFA KAGAME CUP: APR FC yakirije Wau Salaam imvura y'ibitego 7-0. Umukino wa mbere wa CECAFA Kagame Cup 2012, ikipe ya APR FC ihagarariye u Rwanda yatangiye neza inyagira Wau Salaam yo muri Sudan y’amajyepfo imvura y’ibitego 7-0. Wau Salaam yitabiriye aya marushanwa ku ncuro yayo ya mbere yasanganijwe imvura y’ibitego ku mukino ufungura amarushanwa. Igice cya mbere ikipe ya APR FC yatangiranye ingufu ihita ibona igitego cya mbere mu minota ibanza kuri penaliti yatewe na Lionel St Preus wari wakinishijwe hagati. Ndikumana Selemani yakomeje kuzonga ikipe ya Wau Salaam ku ruhande rw’imoso atsinda igitego cya kabiri ndetse agatanga n’umupira wavuyemo icya gatatu cyatsinzwe na Karekezi. Amakipe yombi yagiye kuruhuka APR FC ifite ibitego 3-0, igice cya kabiri nacyo APR FC yagitangiye isatira bidatinze Mugiraneza Jean Baptiste ayibonera igitego cya kane. Lionel St Preus yongeye kureba mu izamu ashyiramo icya gatanu. Selemani niwe watsinze igitego cya gatandatu nyuma y’akazi gakomeye ka Wagaruka mbere y’uko asimburwa na Mubumbyi Bernabe nawe wahise abona igitego cy’agashinguracumu. APR FC yakomeje kwiharira umupira ariko Wau Salaam nayo ikanyuzamo igahusha uburyo bwo gutsinda. Umukino utari uri ku rwego rwo hejuru bitewe n’ubusumbane bw’amakipe yakinaga warangiye APR FC itahanye amanota yayo 3 n’ibitego birindwi izigamye. Rutaganda Ponny
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "scn_Latn" ]
allowed
d57991d0003cbe59cdc1a33ec4219b6b
keep
[]
[ 8, 10, 10, 10, 10, 10, 10, 0, 0 ]
./WIDE-20121016130334-crawl421/WIDE-20121016143607-02921.warc.gz
76,257,894
6,858
29,140
http://ferwafa.rw/amavubi/amavubi?start=24
text/html
2012-10-16T14:40:56
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "swh_Latn" ]
[ 0.9909, 0.0091, 0 ]
Amavubi Latest news Amavubi yasezerewe mu rugamba rwo kwerekeza muri Afurika y'epfo 2013. - Saturday, 16 June 2012 - Webmaster Ikipe y'igihugu Amavubi yasezerewe mu rugambo rwo gushaka itike yo gukina imikino yanyuma y'igikombe cya afurika kizzabera muri afurika y'epfo umwaka utaha.Read more... Nigeria vs. Rwanda, 17.00hrs - Friday, 15 June 2012 - Webmaster Ikipe y'igihugu Amavubi irakina na Nigeria kuri uyu wa gatandatu saa 17.00 mu umukino wo kwishura wo gushaka itike yo gukina imikino yanyuma y'igikombe cya afurika cya 2013 uza kubera kuri sitade ya EU Esuene Calabar.Read more... Amavubi yageze i Calabar: Karekezi mu mvune - Thursday, 14 June 2012 - Webmaster Ikipe y'igihugu Amavubi yageze i Calabar kuri uyu wa kane aho izakina na Nigeria umukino wo kwishura wo gushaka itike yo gukina imikino yanyuma y'igikombe cya afurika cya 2013. Nyuma yo kuva i Lagos mu gitondo, Amavubi yageze ku kibuga cy'indege cya Margaret Ekpo Calabar saa 12.30 (saa 13.30 z'ikigali) hanyuma berekeza kuri Channel View Hotels aho federasiyo ya Nigeria yahisemo gucumbikira ikipe y'Amavubi. Ikipe yaje gukora imyitozo yayo ya mbere k'ubutaka bwa Nigeria saa 17.00 nyuma yo kuruhuka kandi iyi myitozo yabereye kuri universite ya Calabar. Karekezi mu mvune Mu myitozo yabaye kuri uyu wa kane, kapiteni w'ikipe y'igihugu Olivier Karekezi ntago yashoboye kuyirangiza nyuma yo kugira imvune muri cheviyeri ndetse n'ivi amaze kugongana na defanseri Salomon Nirisarike nyuma. Karekezi yahise avurwa n'abaganga; ibye biraza kugaragara cyangwa se kumenyakana neza kuri uyu wa gatanu aho ikipe y'Amavubi imfite imyitozo yayo ya nyuma kuri sitade UJ Esuene i Calabar. Usibye Karekezi, abandi basore bameze neza kandi bafite ikizere cyo kwitwara neza kuri uyu wa gatandatu ubwo bazaba bahura na Nigeria. Umukino washizwe saa 17.00 z'ikigali. Umukino uzahuza u'Rwanda na Nigeria kuri uyu wa gatandatu washyizwe saa 16.00 arizo saa 17.00 kw'isaha y'ikigali nkuko umunyamabanga mukuru wa federasiyo y'umupira w'amaguru ya Nigeria bwana Musa Amadu abitangaza. Amadu yamenyesheje delegasiyo y'urwanda kuwa kane nimugiroba ko i saha umukino uzatangiriraho yimuwe kubera imvura nyishi iteganyijwe kugwa muri Calabar kuva saa 18.00 za nimugoroba kuwa gatandatu. "Ibi bintu byatubayeho ubwo twakinaga na Namibia mu minsi ishize. Ubwo ibindi bisobanura tuzabibamenyesha mu nama iba mbere y'umukino (Pre-Match meeting) iza kuba kuri uyu wagatanu kuri sitade ya EU Esuene i saa kumi," nuko Amadu yavuze. Umukino wo kuwa gatandatu uzasifurwa n'abanya Cote d'Ivoire barimo; Doue Noumandiez (umusifuzi wo hagati), Yeo Songuifolo (umusifuzi wa mbere), Bayere Mousa (umusifuzi wa kabiri) na Sinko Bienvenu (umusifuzi wa kane). Mahamat Abdonlaye Lawandji ni komisseri w'uyu mukino.Last Updated on Friday, 15 June 2012 08:05 Amavubi yerekeje i Calabar - Tuesday, 12 June 2012 - Webmaster Kuri uyu wa gatatu, ikipe y’igihugu, Amavubi irerekeza i Calabar aho izakina n’ikipe y’igihugu ya Nigeria mu mukino wo kwishura wo gushaka itike yo gukina imikino yanyuma y’igikombe cya afurika kizabera muri Afurika y’epfo umwaka utaha.Last Updated on Wednesday, 13 June 2012 04:54 Read more... More Articles... - Amavubi yatangiye gutegura umukino wa Nigeria - Amavubi yanganyije na Benin - Rwanda vs. Benin, 15.30 hours - Uzamukunda yasubiye muri ikipe y'Amavubi nyuma yo gusaba imbabazi - U'Rwanda ku mwanya wa 119 ku rutonde rwa FIFA - Amavubi yatangiye imyiteguro y'umukino wa Benin - Algeria 4-0 Rwanda - 2014 WCQ: Algeria vs. Rwanda, 21.30 hr - Ikipe y’Amavubi yageze muri Algiers - Amavubi yitwaye neza ku mukino wa Chad
[ "eng_Latn", "run_Latn", "eng_Latn", "zho_Hans", "run_Latn", "swh_Latn", "eng_Latn", "zho_Hans", "run_Latn", "run_Latn", "eng_Latn", "zho_Hans", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kmb_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "eng_Latn", "kin_Latn", "eng_Latn", "zho_Hans", "run_Latn", "eng_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "lim_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "swh_Latn", "run_Latn", "run_Latn" ]
allowed
52c5199fc65982a93700876e056ae56f
keep
[]
[ 6.1, 8.5, 10, 9.4, 10, 9.4, 10, 1, 0 ]
./WIDE-20121016130334-crawl421/WIDE-20121016143607-02921.warc.gz
87,173,672
4,737
13,434
http://ferwafa.rw/categoryblog/2414-tardy-afite-ikizere-cyo-kwitwara-neza-
text/html
2012-10-16T14:44:59
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "hau_Latn" ]
[ 0.9883, 0.0117, 0 ]
Tardy afite ikizere cyo kwitwara neza - Thursday, 09 August 2012 - Written by Webmaster Umutoza w’ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 20, Richard Tardy afite ikizere yuko Amavubi U-20 izitwara neza imbere ya Mali ubwo ibihugu byombi bizahura kuri uyu wa gatandatu i Bamako. Rwanda na Mali bazahura mu mukino wo kwishura w’amajonjora yo gukina imikino yanyuma y’igikombe cy’afurika izabera muri Algeria umwaka utaha. Tardy yavuze ati, “Hari ikizere yuko tuzitwara neza kuwa gatandatu. Abasore bose banjye bameze neza kandi tuba twiyongeyemo na Salomon Nirisarike, nibyiza cyane kuko bizadufasha cyane muri defense ndetse no kuzamura morale y’abakinnyi,” Amavubi U-20 yageze i Bamako ku wa gatatu nyuma yamasaha agera kuri arindwi kuva i Addis Ababa. Ikipe icumbikiwe kuri Hotel Columbus iri mu mujyi wa Bamako. Umukinnyi Salomon Nirisarike usanze ukinira ikipe ya Antwerp yo mu bubiligi yashoboye kusaga abandi i Bamako. Amavubi U-20 irakomeze imyitozo yayo uyu munsi saa 15.00 za Bamako arizo saa 17.00 kw’isaha ya Kigali kuri stade Oueziz Coulibary Mu mukino ubanza, Amavubi U-20 yatsinze Mali ibitego 2-1. Amavubi U-20 irasabwa kwitwara neza kugirango ishobore kugera mu cyiciro cya nyuma cy’ayamajonjora. Umukino w’Urwanda na Mali uzaba tariki ya 12 Kanama 2012; ikipe y’Amavubi U-20 yitwaye neza izakina n’ikipe izatsinda hagati ya Lesotho na Zambia mu rwego rwo gushaka tike y’igikombe cy’Afurika.
[ "kin_Latn", "eng_Latn", "eng_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn" ]
allowed
91534a8e1fb74fd73760b131b57aa2e6
keep
[]
[ 5.3, 7, 10, 9.8, 10, 9.6, 10, 0, 0 ]
./WIDE-20121016130334-crawl421/WIDE-20121016143607-02921.warc.gz
213,697,774
5,825
21,704
http://ferwafa.rw/amavubi/amavubi?start=8
text/html
2012-10-16T14:54:33
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "hau_Latn" ]
[ 0.9917, 0.0082, 0 ]
Amavubi Latest news MINISPOC yatanze 2.3m kuvuza Sembagare - Friday, 21 September 2012 - Webmaster Minisiteri y’Umuco na Siporo (MINISPOC) yatanze miliyoni 2,347,000 kugirango afashe umukinnyi wahoze akinira ikipe y’igihugu Amavubi, Sembagare Jean Chrysostome mu kwivuza.Read more... Rwanda, Namibia bazakina imikino ibiri ya gucuti - Friday, 21 September 2012 - Webmaster Ikipe y’igihugu Amavubi izakina na Namibia mu mikino mpuzamahanga ya gicuti izaba mu kwezi kwa cumi n’ukwa cumi na kumwe uyu mwaka.Read more... Karekezi yasinye imyaka ibiri muri Bizerte FC yo muri Tunisia - Thursday, 20 September 2012 - Webmaster Kapiteni w’Ikipe y’Igihugu Amavubi, Olivier Karekezi Olivier yasinye amasezerano y’imyaka ibiri mu ikipe y’icyiciro cya mbere ya Tunisia yitwa Club Athlétique Bizertin.Last Updated on Thursday, 20 September 2012 18:50 Read more... Micho arateganya guhamagara abakinnyi babigize umwuga - Tuesday, 18 September 2012 - Webmaster Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi Srejedovic Milutin Micho ari gukurikirana abakinnyi b’Abanyarwanda bakina ku mugabane w’Iburayi babigize umwuga.Last Updated on Tuesday, 18 September 2012 14:05 Read more... More Articles... - Minisitiri w’intebe yasuye FERWAFA - Buteera yatangiye imyitozo ikomeye - Amavubi yatomboye Eritrea/Ethiopia muri CHAN 2014 - U Rwanda rwazamutse ku rutonde rwa Fifa - Urutonde rw'abakinnyi b’Amavubi U-17 bazahura na Nigeria U-17 - Amavubi U-17 irerekeza muri Nigeria ku wa gatatu - Amavubi U-20 yasezerewe mu marushanwa nyafurika - 2013 AYC Qualification: Mali vs. Rwanda-18.00hrs - Tardy afite ikizere cyo kwitwara neza - Amavubi U-20: Abakinnyi 18 batoranyijwe kwerekeza I Bamako
[ "eng_Latn", "run_Latn", "eng_Latn", "zho_Hans", "run_Latn", "run_Latn", "eng_Latn", "zho_Hans", "run_Latn", "run_Latn", "eng_Latn", "zho_Hans", "run_Latn", "run_Latn", "eng_Latn", "zho_Hans", "run_Latn", "eng_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "swh_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn" ]
allowed
8d5ab9400336084c2ce3ccb688dd90c9
keep
[]
[ 5.3, 8.5, 10, 8.9, 10, 8.9, 9.5, 0, 0 ]
./WIDE-20121015043947-crawl339/WIDE-20121015050912-02129.warc.gz
592,430,294
4,768
14,047
http://orinfor.gov.rw/printmedia/news.php?type=rw&storyid=0&volumeid=716&cat=6
text/html
2012-10-15T05:39:43
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "tat_Cyrl" ]
[ 0.975, 0.025, 0 ]
Byari byashyizwe ahagaragara n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, Ferwafa rivuga ko amakipe y’icyiciro cya kabiri azatangira kwiyandikisha kuwa 08/10/2012 birangire tariki ya 23/10/2012. Ku ruhande rw’Akarere ka Gatsibo ko kamaze kuvuga ko katazaboneka kandi abafana b’ikipe y’Akarere bari bategereje ko izaba irimo nk’uko bari babibijeje. Bimaze kugaragara ko uturere two mu ntara y’iburasirazuba aritwo tutagaragaramo amakipe abarizwa mu byiciro byose by’umupira w’Amaguru, muri volleyball, Basketball, HandBall, Rugby ndetse n’indi mikino ugereranyije n’izindi ntara z’igihugu. Ni muri urwo rwego twegereye ubuyobozi bw’Akarere ka Gatsibo tubabaza niba gahunda yo kwandikisha ikipe y’umupira w’amaguru ihari. Uhagarariye urubyiruko Muvunyi Fred yadukuriye inzira ku murima adusubiza ko ikipe itazitabira imikino y’uyu mwaka ahubwo ko bishobotse byaba umwaka utaha. Muri rusange bisubiyeho ari uko bari baratangarije abaturage ko ikipe izajya mu cyiciro cyakabiri nyuma yaho iyo kipe ya Karere yari imaze iminsi ikinnye imikino ya gishuti n’amakipe atandukanye harimo ikipe ya Unit Kacyiru ibarizwa mu kiciro cya kabiri banganya igitego kimwe kuri kimwe ndetse n’umukino bakinnye n’ikipe yo mu gihugu cy’Ubugande ibarizwa mu cyiciro cya kabiri yo mu Karere ka Ntungamo izwi kw’izina rya Ntungamo FC umukino warangi Gatsibo itsinze ibitego bibiri (2) kubusa. Nyuma yiyo mikino yose yakurikiwe n’abaturage ba Gatsibo ndetse bagaragaza ko bashyigikiye ikipe yabo aho iyo mikino yombi bishyuraga amafaranga kugira ngo bayikurikirane. Abafana bamaze kubyumva bacitse intege ukurikije nibyo bari bayitezeho. Umutoza Ntirenganya Jean De Dieu nawe ukorera muri Centre ya Kiramuruzi akaba ari nawe utoza n’ikipe ya Gatsibo atangaza ko bitamushimishije. Ati” N’ubwo bidashimishije ntacyo ni ukwihangana tugategereza umwaka utaha tukareba niba bizashyirwa mu bikorwa.” Twabibutsa ko Akarere ka Gatsibo katari ka kandagiza ikipe nimwe mu cyiciro icyaricyo cyose usibye ko hagiye hagaragara abana benshi bafite impano mu mikino. Abana baboneka bafite impano baturuka mu kigo cya Kiramuruzi bakaba baragiye berekeza mu makipe akomeye yo mu Rwanda yo mu cyiciro cya mbere ndetse no mu ikipe y’Igihugu. Abo twavugamo nka Ndayishimiye Celestin, Sibomana Abdoul, Uwayezu, Niyomugabo Adiru ndetse no muishuri ry’umupira w’amaguru rya APR FC barimo nka Ndayisenga Saleh, Imanizabayo Ally. Mu ishuri ry’umupira w’amaguru rya SEC harimo Mutabazi Ronadi n’abandi bagiye mu ikipe y’intara.
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn" ]
allowed
3935d8b4147f69871fbeb63dd6065443
keep
[]
[ 6.2, 7.9, 10, 10, 9.2, 10, 10, 4, 0 ]
./WIDE-20121104053051-crawl417/WIDE-20121104053051-04509.warc.gz
488,956,637
7,533
30,993
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1209291212
text/html
2012-11-04T05:56:38
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "lug_Latn" ]
[ 0.9818, 0.0182, 0 ]
Jay-Z aranyomoza amakuru avuga ko Beyonce atwite Nyuma y’amakuru amaze iminsi avuga ko umuhanzikazi Beyonce yaba agiye kwibaruka umwana wa kabiri, umugabo we Jay-Z arayanyomoza ndetse akemeza ko ari ibihuha. Mu kiganiro na E !News, Jay-Z yabajijwe niba koko we n’umugore we Beyonce baba biteguye undi mwana maze asubiza agira ati : « Uyu munsi se ? Oya ! » Jay-Z n'umugore we Beyonce. Jay-Z ,papa wa Blue Ivy yakomeje avuga ko mu mezi icyanda ari imbere nta mwana we n’umugore we bategereje n’ubwo hari ibitangazamakuru byabifashe nk’ukuri ndetse bikavugwa hirya no hino ku isi. Umunyamakuru wa E !News abajije Jay-Z niba koko biteguye umwana uzajya akina n’umukobwa wabo Blue Ivy, yasubije agira ati : « Ntabwo ari mu mezi icyenda nkuko bivugwa. Mbabwije ukuri ntabwo ari byo. Si mu mwaka dutegereje undi mwana, si mu mezi abiri, atatu, ane, atanu, atandatu, arindwi, umunani cyangwa icyanda. » Munyengabe Murungi Sabin.
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "jav_Latn" ]
allowed
a7aec00c43a5cb6e539abe782178fc92
keep
[]
[ 7.3, 9.7, 10, 9.3, 10, 10, 10, 1, 0 ]
./WIDE-20121104053051-crawl417/WIDE-20121104053051-04509.warc.gz
662,541,397
7,309
30,102
http://www.inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1209290626
text/html
2012-11-04T06:03:23
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "kik_Latn" ]
[ 0.999, 0.001, 0 ]
APR FC iracakinirana na Police FC ku munsi wa gatatu wa shampiyona Kuri uyu wa gatandatu taliki 29 Nzeli 2012 shampiyona igeze ku munsi wa gatatu irakomeza hakinwa imikino itoroshye iribuhuze amakipe akomeye ari mu rugamba rwo guhatanira igikombe. APR FC iracakirana na Police FC mugihe AS Kigali ikina na Kiyovu Sports. Umukino uhuza APR FC na Police amakipe yigaragaje muri shampiyona y’umwaka ushize ahatanira ibikombe bitandukanye urabera kuri stade Amahoro I Remera. Ikipe ya APR FC imaze iminsi yitwara neza dore ko yatsinze imikino yose imaze gukina gusa benshi bategereje kureba uko yitwara ibere y’indi kipe ikomeye nka Police FC. Aya makipe yombi umuntu yavuga ko yagize uruhare runini mu guhindura isura y’umupira w’amaguru mu Rwanda afata gahunda yo gukinisha abanyarwanda uyu mwaka. Undi mukino utoroshye kuri uyu wa gatandatu urahuza AS Kigali na Kiyovu Sport amakipe ataratakaza inota na rimwe muri shampiyona. Ku cyumweru nabwo imikino izakomeza Rayon Sport yakira La Jeunesse I Nyanza naho Mukura VS yakire FC Marines. Dore uko imikino iteganyijwe ku munsi wa gatatu wa shampiyona. Ku wagatandatu taliki ya 29 Nzeli 2012 APR FC vs. Police FC [Amahoro] SC Kiyovu vs. AS Kigali [Mumena] Ku cyumweru taliki ya 30 Nzeli 2012 Mukura VS vs. Marines FC [Kamena] Rayon Sports vs. La Jeunesse [Nyanza] Isonga FC vs. Amagaju FC [Mumena] Etincelles FC vs. Espoir FC [Umuganda] Muhanga FC vs. Musanze FC [Kicukiro] Rutaganda Ponny
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "zho_Hans", "swh_Latn", "run_Latn", "lim_Latn", "swh_Latn", "szl_Latn", "lim_Latn", "swh_Latn", "scn_Latn" ]
allowed
5f5695013c3f6030b1beb73a3368e5bd
keep
[]
[ 6.7, 8.4, 10, 10, 10, 10, 10, 0, 0 ]
./WIDE-20121024001048-crawl426/WIDE-20121024003511-01884.warc.gz
33,970,354
9,201
42,294
http://imali.biz/announce-14-3897.html
text/html
2012-10-24T00:38:07
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "lug_Latn" ]
[ 0.9036, 0.0926, 0.0006 ]
Negotiable Toyota Avensis nziza cyane NTIMUCIKWE !!!!! Category: toyota Posted on: 21-Sep-2012 Announce Location - City: Kigali - Country: Rwanda Iyi Toyota Avensis ivuye belgique izagera Kigali mu kwezi gutaha. Abifuza kuyigura ntimucikwe. Yakozwe mu 1998, yagenze 167.000 km, moteur 1.8 essence, couleur nziza cyane: umweru . Akarusho: ifite systeme air conditionné ou climatisation. jantes alliage en alluminium. Abifuza ibindi bisobanuro mwanyandikira : [email protected]. Nzabamenyesha ushinzwe kuyigurisha nigera i Kigali
[ "eng_Latn", "kin_Latn", "eng_Latn", "eng_Latn", "run_Latn", "swh_Latn", "run_Latn" ]
allowed
83455f8faec0bb6206075071c9febbbe
keep
[ [ 458, 475 ] ]
[ 5.7, 8.7, 10, 8.7, 10, 9.3, 10, 1, 0 ]
./WIDE-20121216152418-crawl419/WIDE-20121216173015-07226.warc.gz
442,567,943
11,518
37,449
http://www.igihe.com/iyobokamana/muzika-66/ni-ubwa-mbere-festival-y-akataraboneka-music-beyond-borders-igiye-kubera-mu-rwanda.html
text/html
2012-12-16T18:45:26
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "swh_Latn" ]
[ 0.8635, 0.1365, 0 ]
Mu mpera z’iki cyumweru, kuva kuwa gatanu, tariki 25 Werurwe kugeza ku cyumweru 27 Werurwe 2011, i Kigali hazabera Festival idasanzwe yiswe “Music Beyond Borders” bishatse kuvuga "Umuziki urenze imbibi" Abayiteguye Yateguwe na Chorale de Kigali yo mu Rwanda ifatanyije na Ministeri ya Siporo n’Umuco na Ministeri ishinzwe Umuryango w’Afrika y’Iburasirazuba. Uko igitekerezo cyaje Iyo Festival igiye kuba ku nshuro ya kabiri kuko muri Werurwe umwaka ushize yabereye I Kampala muri Uganda ihuza amakorali yari yavuye mu bihugu bigize Afrika y’Iburasirazuba ari yo : Chorale de Kigali ( Rwanda), Kampala Chamber Choir( Uganda), Chamber Choir of Kenya ( Kenya). Kuva icyo gihe, hemejwe ko iyo Festival izajya iba buri mwaka ikabera mu bihugu bigize East Afican Community nuko hamezwa ko uyu mwaka wa 2011 izabera i Kigali. Ikigamijwe muri iyo Festival Igamije guteza imbere muzika muri rusange mu karere kacu kandi ni urubuga rw’ubusabane hagati y’abatuye muri Afrika y’Iburasirazuba. Amakorali azayitabira Izitabirwa n’amakorali Hari Kampala Chamber Choir na Sauti ya Africa zo muri Uganda, Chamber Choir of Kenya yo muri Kenya , Regina Pacis na Regina Mundi zo mu Burundi na Chorale de Kigali yo mu Rwanda. Uko gahunda iteye Ku wa gatanu, tariki 25 Werurwe : Sports View Hotel i Remera guhera saa kumi n’ebyiri( 18H00) Ku wa gatandatu, tariki 26 Werurwe : Centre de Pastoral Saint Paul guhera saa kumi n’imwe (17H00) Ku cyumweru, tariki 27 Werurwe : Centre de Pastorale Saint Paul guhera saa kumi( 16H00) Ibindi bisobanuro biratangwa na Dr BYIYINGIRO Jean Claude (0788868240), Mr HODARI Jean Claude ( 0788309755) na Dr MUGENZI Dominique Savio (0788506568) Abateguye igitaramo babijeje ubusabane mu muziki usukuye, uhimbaza Imana kandi ukoranye ubuhanga.
[ "kin_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn" ]
allowed
17a483fd44324d1dbaddc764f0e92243
keep
[]
[ 5.9, 8.1, 10, 9.7, 10, 9.3, 10, 1, 0 ]
./WIDE-20121027150533-crawl417/WIDE-20121027151605-03435.warc.gz
669,845,962
6,600
23,996
http://www.inyarwanda.com/gumaguma/amakuru-198.html
text/html
2012-10-27T15:45:31
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "kik_Latn" ]
[ 0.9676, 0.0324, 0 ]
Hagati ya King James na Jay Polly hari uri butahane milinoni 24 z'amanyarwanda. Amahirwe uyaha nde? Uyu munsi nibwo hasozwa urugendo rw’amezi atandatu abahanzi King James na Jay Polly barangije bahatanira akayabo ka miliyoni 24 z’amafaranga y’ u Rwanda. Amarushanwa yatangiye harimo abahanzi 20 none aba babiri nibo babashije kugera mu kiciro cya nyuma yo kugenda bahigika abo bari bahanganye. Amatora yarangiye, igisigaye ni ukuza gutangarizwa uwatsinze hagati ya King James ukora injyana ya RnB na Jay Polly usanzwe akora injyana ya Hip Hop. Aba bahanzi bagaragaje imbaraga bafite mu muziki kuva cyera. Ibi bikagaragazwa n’uburyo babashije kugenda bahigika bagenzi babo kugeza kuri uyu munota. Mu gihe kuri uyu mugoroba ari bwo haza kumenyekana umuhanzi uza kwegukana akayabo ka Milioni 24 hagati ya King James na Jay Polly aho haza gutangazwa uwatsinze iri rushanwa rya Primus Guma Guma Super Star II kuri Stade Amamhoro I Remera, imitima ya benshi cyane cyane abafana b’aba bombi iriho iribaza ni inde uza gutsinda. Igihangange muri Muzika Jason Derulo nawe yaraye asesekaye I Kigali aho yaje kuririmbira muri iki gitaramo kiza gutangira guhera ku isaha ya Saa kumi n’imwe z’umugoroba. Kwinjira muri iki gitaramo ni amafaranga 1000 ahasanzwe na 5000 mu myanya y’icyubahiro. Nyuma y’iki gitaramo, hateganyijwe kuba After Party iza kubera I Nyarutarama muri K Club. Jean Paul IBAMBE.
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "sag_Latn" ]
allowed
cc325487de4b61c7018313ab77de2fa3
keep
[]
[ 6.2, 7.6, 10, 10, 10, 10, 10, 1, 0 ]
./WIDE-20121016203808-crawl420/WIDE-20121016224633-02802.warc.gz
575,200,673
9,290
39,894
http://www.umuvugizi.com/?m=201112
text/html
2012-10-16T23:52:26
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "sna_Latn" ]
[ 0.9375, 0.0625, 0 ]
Nyuma y’ukugera mu mwaka wa 2012 , byatumye turebera hamwe ibigwi Leta ya Kagame isigiye abanyarwanda muri 2011. Abo twavuganye hafi ya bose bemeza ko badateze kwibagirwa umwaka wa 2011, dore ko watangiranye n’ibikorwa by’ishimutwa ry’abasore b’abanyarwanda, bamwe bakaba barajyanywe mu kirwa cya Iwawa, abandi baburirwa irengero. Umwaka wa 2011 urangiye abatavuga rumwe na Kagame [...] Amakuru agera ku Umuvugizi kandi aturutse ahantu hizewe, yemeza ko umugore wa perezida Kagame aza ku isonga mu bikorwa byo gukoresha Rulinda Joseph, muri Canada. Uyu Rulinda Joseph akaba ari umwe mu ba diplomati bahoze bakorera u Rwanda muri Canada, mbere y’uko yitanga nk’impunzi ya politiki yahunze u Rwanda. Kubera inyungu Jeannette Kagame yari afite [...] Hashize iminsi hanuka urunturuntu hagati y’abakozi ba ambasade y’u Rwanda mu Bufaransa, aho ambasaderi atumvikana n’ushinzwe ba maneko ba Kagame, n’abandi bakozi ba ambasade. Uku kutumvikana hagati y’abakozi ba ambasade guturuka kuri maneko wa ambasade, Olivier Kayumba, kubera ko ari we nyirabayazana wo kubiba umwiryane mu bakozi, mu rwego rwo guhishira ubunebwe bwe n’ubusahuzi bw’amafaranga [...] Hashize iminsi dukora iperereza ku mikorere y’urukiko mpuzamahanga rwashyiriweho u Rwanda (TPIR), rukorera Arusha muri Tanzaniya, mu rwego rwo kumenya uburyo abanyarwanda barubona, ari na byo byatumye tuvugana n’abanyarwanda batandukanye kugirango badutangarize uko babona urwo rukiko, nimba koko rwaba rwarujuje ishingano zarwo, nk’uko bikwiye. Ni muri urwo rwego twavuganye n’abanyarwanda batandukanye barimo Rugumaho Benoit [...] Hari kw’itariki ya 22/12/2011 ubwo polisi ya Suwede yafatiraga ku kibuga cy’indege i Stockholm Stanislas Mbanenade kubera manda ya Interpol ya Leta y’u Rwanda imushakisha kubera ibyaha aregwa, akaba yaranakatiwe n’inkiko gacaca zo mu Rwanda gufungwa burundu, mu mwaka wa 2009. Stanislas Mbanenande ni umunyarwanda wari warahungiye mu gihugu cya Suwede, akaba yatawe muri [...] Amakuru agera ku Umuvugizi yemeza ko uyu munsi perezida Kagame yatangiye uruzinduko rw’iminsi itanu muri Uganda. Muri urwo ruzinduko akaba azagirana ibiganiro byihariye mu rugo rwa perezida Museveni, ruri ahitwa Rwakitura muri Mbarara, kuri Noheli. Aba bayobozi bombi na none uyu munsi bakaba bamaze gutangiza igikorwa cyo gusana umuhanda Kigali, Gatuna -Mbarara , iyi mihango [...] Minisitiri w’intebe w’igihugu cya Suwede, Fredrik Reinfeldt, asanga abanyamakuru ba Suwede bafungiwe muri Etiyopiya bagombaga kurekurwa nta yandi mananiza, kubera ko ngo barengana. Aba banyamakuru, Martin Schibbye na Johan Persson, bakaba bamaze igihe bafunzwe na Leta y’igitugu ya Etiyopiya, ibarega kwinjira muri icyo gihugu nta burenganzira bafite, no gushyigikira imitwe y’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Etiyopiya. [...] I Kigali hashize iminsi hanuka urunturuntu hagati ya maneko za perezida Kagame zikomeje kugambanirana kubera kurwanira ubutoni i bukuru. Uku kutumvikana perezida Kagame na we agufitemo inyungu kubera gutinya ko bamwiyungiraho. Amakuru agera ku Umuvugizi aturuka ahantu hizewe, yemeza ko Gen Karenzi Karake adacana uwaka na Col Dan Munyuza hamwe na Gen Jack Nziza, [...] Leta ya perezida Kagame iherutse gusohora inyandiko zitandukanye, inyandiko zishinja urukiko mpuzamahanga mpanabyaha (ICC) kuba ruvanga politiki n’ubutabera, kubera ko ruherutse kurekura Callixte Mbarushimana, umwe mu bayobozi b’umutwe wa FDLR, nyuma yo kubura gihamya zigaragara ku bijyanye n’ibyaha yashinjwaga. Igitangaje muri ibi byose ni uko, ubwo Leta ya Kagame yateraga imijugujugu uru rukiko mpuzamahanga [...] Hashize iminsi perezida Kagame atunguye abanyarwanda ubwo yatinyukaga kwivuga ibigwi akigereranya n’umwami w’u Rwanda, Mutara Rudahigwa, mu gihe azi neza ko amateka ye adateze kuzagira aho azahurira na we. Nyuma yo kumva ibyo bigwi bya perezida Kagame, byatumye twegera umwe mu basaza uzi neza abo bayobozi bombi, ari we Karekezi Francois, maze adukurira inzira ku [...]
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn" ]
allowed
ed7a77739271f3aa6856ba3392b9c9ee
keep
[]
[ 7.8, 9.1, 10, 9.5, 10, 10, 10, 9, 0 ]
./WIDE-20121016203808-crawl420/WIDE-20121016224633-02802.warc.gz
633,106,973
9,404
40,147
http://www.umuvugizi.com/?m=201111
text/html
2012-10-16T23:57:11
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "sna_Latn" ]
[ 0.9651, 0.0349, 0 ]
Umuryango urengera ubwisanzure bw’itangazamakuru ku isi, «Reporters sans frontières», watangajwe n’ifatwa rya Hassan Ruvakuki, umunyamakuru wa Radio «Bonesha FM», akaba yari anahagarariye radio y’Ubufaransa (RFI) i Bujumbura, mu ishami ry’igiswahiri. Kuva taliki ya 28 ugushyingo 2011, uyu munyamakuru ari mu maboko y’inzego zishinzwe iperereza, zimurega gufatanya n’uduco tw’abagizi ba nabi, bigometse ku butegetsi bw’Uburundi. Izi nzego [...] Nyuma yo gusiragizwa mu nkiko za Kagame, uyu munsi tariki ya 28/11/2011, ni bwo mu rukiko rwa gisirikari, rukorera i Kanombe, hafunguwe dosiye RP005/11/HCM, ubushinjacyaha bwa gisirikari burega mo Lt.Col. Rugigana Ngabo ibyaha bitandukanye. Mu rwego rwo kumupfukirana ubutazegura umutwe, noneho urubanza rwe rwatangiye kuburanishirizwa mu bwiherero, kugirango abarukurikiraniraga hafi batamenya ikirwihishe inyuma. Nyuma y’aho [...] Tariki ya 26 ugushyingo uyu mwaka, perezida Kagame yakoresheje imvugo idahwitse, yihenura ku baterankunga b’u Rwanda, ubwo yavugiraga mu muganda wabereye mu murenge wa Nduba mu karere ka Gasabo. Perezida Kagame yagize urubuga rwo kwihenura ku baterankunga, avanira inzira ku murima abanyarwanda, ko adateze gutanga ubwisanzure na demokarasi mu gihugu. Kimwe n’abandi banyagitugu bose, perezida [...] Itangazo dukesha RNC, ishami ryo mu gihugu cya Afurika y’Epfo, ni impuruza mu zindi. Uretse kwamagana akarengane Leta y’u Rwanda ikomeje gukorera abanyarwanda, iri tangazo riranibaza niba Vincent Karega, utaremererwa guhagararira u Rwanda muri Afurika y’Epfo, afite uburenganzira bwo gutumiza abanyanyarwanda bahatuye. «RNC yibaza mbere na mbere niba bwana Visenti Karega ahagarariye u Rwanda muri [...] Mu gihe amatora y’umukuru w’igihugu cya Kongo n’ay’abadepite yegereje, amatora ateganyijwe ku wa 28 ugushyingo 2011, no mu gihe urupfu rw’umudepite wo mu ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi, bikomeje guteza impagarara za politiki i Kinshasa, ishyirahamwe rirengera ubwisanzure bw’abanyamakuru (Reporters sans frontières), ribona ko guhohotera ibinyamakuru byo muri Kongo n’abanyamakuru ubwabo, bitigeze bihagarara. Uyu muryango urasaba [...] Ikinyamakuru Umuvugizi cyavuganye na bamwe mu batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa perezida Kagame babarizwa mu gihugu cy’Ububiligi. Badutangarije ko bugarijwe n’ibikorwa by’ubugome abambari ba perezida Kagame basigaye babakorera. Inzego z’ubutasi za perezida Kagame ubu noneho zateye amatako i Buruseli, aho zisigaye zikoresha agatsiko kagizwe n’abacuruzi. Aka gatsiko kayobowe n’umucuruzi witwa Ntazinda, umaze igihe kinini mu kazi [...] Ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Loni, madamu Suzan Rice, akomeje kugirira uruzinduko rw’iminsi ine mu Rwanda, aho azarusoreza ejo mu karere ka Musaze, nyuma yo gukora umuganda, akazanasura ibitaro bya Butaro, mbere gato y’uko ataha. Muri urwo ruzinduko, ambasaderi Suzan Rice yashimye intambwe Leta y’u Rwanda imaze gutera mu bijyanye no kugarura amahoro muri [...] Tariki 22 ugushyingo 2011, ni bwo ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Loni, madamu Suzan Rice, yageze i Kigali mu ruzinduko rw’iminsi ine ateganyije kumara mu Rwanda. Ibi bikaba bibaye na none umunyamabanga wungirije wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Afurika, Jonnie Carson, na we aherutse kugirira uruzinduko mu Rwanda. Leta Zunze [...] Amakuru agera ku kinyamakuru Umuvugizi yemeza ko umuhungu w’imfura ya Kagame, Ivan Cyomoro, wigaga mu ishuri rya gisirikare ryitwa «West Point Military Academy» muri Amerika, yaritorotse yisubirira iwabo. Amakuru akomeje kugera ku Umuvugizi yemeza ko Ivan Cyomoro, wari warahawe nomero ya gisirikare hamwe n’ibindi bisabwa kugirango ajye kwiga muri iryo shuri, nyuma yo gukorera ibizamini kuri [...] Hashize iminsi hanuka urunturuntu hagati ya Leta ya Kigali na Paul Rusesabagina, aho iyi Leta yakoze aho bwabaga kugirango imwimishe igihembo cy’ubutwari yagombaga kongera kubona nyuma y’ibindi bihembo na none yagiye ahabwa hiryo no hino mu mahanga, cyane cyane muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. N’ubwo abantu barenga igihumbi banditse batanga ubuhamya bw’ukuntu Rusesabagina yabakijije [...]
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn" ]
allowed
8117715d4e04fa9ac54b2ad23015666e
keep
[]
[ 8.5, 10, 10, 9.4, 10, 10, 10, 10, 0 ]
./WIDE-20121016203808-crawl420/WIDE-20121016224633-02802.warc.gz
639,971,489
8,992
39,192
http://www.umuvugizi.com/?m=201208
text/html
2012-10-16T23:57:39
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "lug_Latn" ]
[ 0.9214, 0.0786, 0 ]
Itohoza rimaze iminsi rikorwa n’Umuvugizi ryerekana ko inzego z’ubutasi za perezida Kagame zimaze iminsi zishishikajwe no gusibanganya ibimenyetso bikubiye muri raporo y’impuguke za Loni, ibi bikaba ari mu rwego rwo kuvuguruza ibikubiye mu cyegeranyo cy’izo mpuguke cyagaragaje ko u Rwanda rwashinze rukaba ari na rwo kugeza ubu rufasha umutwe wa M23. Nk’uko twabitangarijwe na zimwe [...] Amakuru agera ku Umuvugizi aturutse ahantu hizewe, yemeza ko perezida wa Mozambique, Armando Emílio Guebuza, uyoboye umuryango w’Iterambere rya Afurika y’Amajyepfo (SADC), yari mu Rwanda mu ruzinduko rw’umunsi umwe, aho yagejeje kuri perezida Kagame ubutumwa bw’umuryango wa SADC, bumusaba kuva muri Kongo amazi atararenga inkombe. Ubwo butumwa bwari bukubiyemo ibyo abaperezida bagize ibihugu bya SADC [...] Amakuru Umuvugizi ukesha abantu bakorana na ambasade y’u Rwanda muri Canada, abantu tutashatse gutangaza amazina yabo kubera impamvu z’umutekano wabo, yemeza ko ambasade y’u Rwanda muri Canada ikomeje gutoreza intore zayo mu cyo yise “summer camp”, ariko mu by’ukuri akaba ari uburyo maneko za Kagame zikoresha kugirango zikomeze gucengeza amatwara ya Leta ya Kigali mu [...] Amakuru agera ku Umuvugizi yemeza ko ku wa 22 kanama 2012, meya w’Akarere ka Rusizi yakoresheje inama abaturage ahitwa Bugarama City , abumvisha ko bagomba kwimuka bidatinze mu masambu yabo, bakajya gutura mu butayu bw’ahitwa Kibangira, hafi y’umupaka w’Uburundi na Kongo. Mbere yo gufata iki cyemezo, bwana Oscar Nizeyimana nta ngurane yageneye abaturage be uretse [...] Bamwe mu biyita ko bayoboye sosiyete sivile mu Rwanda baherutse guhabwa amabwiriza n’ishyaka riri ku butegetsi rya FPR kujya gukora ibiganiro mu bitangazamakuru byayo, bamagana amaraporo y’Akanama ka Loni hamwe na Human Rights Watch, kimwe n’itangazamakuru ryigenga, bakaba na none baravuze ibi ari na ko bogeza intambara irimo kubera muri Kongo. Ibi byose byatumye nibaza [...] Amakuru agera ku Umuvugizi yemeza ko Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’Ububiligi akomereje uruzinduko rwe yagiriraga mu karere k’ibiyaga bigari nyuma yo gusura igihugu cya Kongo Kinshansa akaba ageze mu Rwanda aho ateganyije guhura na Perezida Kagame kugira ngo baganire ku kibazo cy’umutwe w’inyeshamba za M23 . Urwo ruzinduko Minisitiri Didier Reynders akaba yararutangiriye muri Kongo ku [...] Amakuru agera ku Umuvugizi yemeza ko muramu wa General Kayumba Nyamwasa, yakomerekejwe n’abagizi ba nabi muri Afurika y’Epfo. Ibi byabaye uyu munsi mu masaha ya saa sita n’iminota cumi n’itanu, ubwo Frank Ntwari yari atwawe na mugenzi we, bagana ku kibuga cy’indege cy’i Johannesbourg, muri Afurika y’Epfo. Abagabo batatu biyitaga abapolisi, babaturutse inyuma, babatunga amatara, [...] Amakuru agera ku Umuvugizi yemeza ko inzego z’ubutasi za perezida Kagame zikomeje gushimuta abaturage bo mu cyahoze ari Umutara, abo bashimutwa abenshi imiryango yabo ikaba iba ifitanye isano cyangwa n’ubucuti n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi. Itohoza ryakozwe n’Umuvugizi rikaba ryemeza ko muri abo benshi bamaze gushimutwa harimo n’uwitwa Mugabo, akaba ari we wari umuyobozi w’ishuri rya Gabiro [...] Amakuru agera ku Umuvugizi yemeza ko ingabo za M23 zahawe amabwiriza yo gufata umujyi wa Goma mbere y’uko ingabo za Afurika zishinzwe kurinda amahoro zigera muri Kongo no ku mipaka y’ibihugu byo mu karere k’ibiyaga bigari. Ibi bikaba bigomba kuba mu minsi itaha, kugirango ibihugu bya Afurika bizajye kwisuganya mu kohereza izi ngabo bisanga inyeshyamba [...] Umuvugizi uherutse kugirana ikiganiro na Col Rusingiza Charles, umwe mu nyeshyamba z’abanyekongo uhora uhangana n’umutwe wa M23; uyu Rusingiza akaba ayoboye igisirikare cy’ishyirahamwe ry’abanyekongo riharanira amahoro muri Kongo y’iburasirazuba. Charles Rusingiza yadutangarije ko nta wundi waremye umutwe wa M23 uretse igisirikare cya Kagame, iki gisirikare kikaba cyarabikoze kugirango gikoreshe M23 mu gusahura amabuye y’agaciro muri [...]
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn" ]
allowed
d7d6b224fc161b0f096ebd908ec1acf1
keep
[]
[ 7.6, 9.1, 10, 9.5, 9.8, 10, 10, 9, 0 ]
./WIDE-20121115200118-crawl419/WIDE-20121115231530-06047.warc.gz
871,116,516
11,524
37,443
http://www.igihe.com/imikino/football/fifa-mu-minsi-mike-harakoreshwa-camera-zigenzura-ibitego-mu-mazamu.html
text/html
2012-11-16T01:30:07
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "kik_Latn" ]
[ 0.9172, 0.0828, 0 ]
Nyuma y’umukino wahuzaga ikipe y’Abongereza na Ukraine mu itsinda D mu mikino y’amajonjora yo guhatanira igikombe cy’u Burayi wavuzweho byinshi ko Ukraine yibwe igitego, umuyobozi wa FIFA agashyirwaho igitutu, ubu noneho yemeye ikoreshwa rya Camera zigenzura ibitego mu mazamu (Goal line technology). Amakuru dukesha urubuga goal.com avuga ko Sepp Blatter, Perezida w’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku Isi yemeje ko iri koranabuhanga ritakiri mu bitekerezo ahubwo ari ingirakamaro. Uyu mukino igitego ikipe ya Ukraine yatsinze ndetse baza kucyanga bivugwa ko byayiciye intege nyamara yaranashoboraga gutsinda ikipe y’Abongereza. Blatter avuga ko rimwe na rimwe binagoye kwemeza ko penaliti yagiyemo cyangwa itagiyemo Iki gitekerezo cyo gukoresha camera cyari cyaratangiye kuvugwa mu gikombe cy’isi cyaberaga mu gihugu cya Afurica y’Epfo mu mwaka wa 2010 ubwo ikipe y’u Budage yakinaga n’u Bwongereza Frank Lampard agatera mu izamu mu buryo abantu batasobanukiwe niba yaratsinze igitego cyangwa ntacyo yatsinze. Izi camera ngo zizamara impaka ugereranyije no gukoresha abasifuzi gusa, kuko no muri Amerika mu mikino itandukanye zikoreshwa kandi zigatanga umusaruro. Blatter ahumuriza abifuza ko “goal line technology” ikoreshwa ko bitakiri igitekerezo ahubwo mu gihe kitarambiranye bazaba batangiye kuyikoresha.
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn" ]
allowed
4d1851617aafd0f92c0c8a714f5ea07d
keep
[]
[ 6.8, 8.2, 10, 10, 10, 10, 10, 2, 0 ]
./WIDE-20121015085610-crawl339/WIDE-20121015085610-02166.warc.gz
375,179,669
4,495
13,790
http://orinfor.gov.rw/printmedia/news.php?type=rw&volumeid=718&cat=6&storyid=16198
text/html
2012-10-15T09:07:20
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "bem_Latn" ]
[ 0.9482, 0.0518, 0 ]
Ikipe y’igihugu y’Abatarengeje imyaka 17 ifite umukino na Botswana U-17 mu rwego rwo gushaka itike y’imikino ya nyuma ya CAN U-17, mbere y’uyu mukino umutoza Tardy akaba yari yifuje gukina imikino 2 ya gicuti na Tanzania U-17, iyi mikino ikaba itakibaye. Nk’uko yari yabitangarije Imvaho Nshya, Richard Tary yifuje gukina na Tanzania U-17 imikino 2 ya gicuti ku italiki ya 04 na 06 Ukwakira 2012, bikaba bitarashobotse rero ko iyi mikino iba. Ubu Amavubi U-17 akaba akomeje kwitegura kuko umukino ubanza na Botswana U-17 uzaba ku italiki ya 12 Ukwakira 2012, umukino wo kwishyura ukaba ugomba kuba ku italiki ya 19 Ukwakira 2012. Nk’uko ushinzwe gukurikirana iyi kipe Kamanzi Emery abitanga muri Botswana basabye CAF ko umukino wo kwishyura waba mu cyumweru gikurikira umukino ubanza kuko muri iriya minsi wariteganyijwemo ku italiki ya 27 Ukwakira 2012 abana bagize iyi kipe bazaba bari mu bizamini bya Leta. Kamanzi akaba yarakomeje atangaza ko iyi kipe ubu irimo kwitegura neza nta kibazo, nyuma yo gutangira umwiherero kuwa gatandatu taliki ya 29 Nzeri 2012. Akaba avuga ko bafite imikino yo kwipima aho bazakina na APR FC kuwa kane taliki ya 4 no ku cyumweru taliki ya 07 Ukwakira 2012 bakazakina n’Isonga FC. Amavubi U-17 akaba afite akazi gakomeye ko kubona itike y’imikino ya nyuma ya CAN U-17 bagatera ikirenge mu cya bakuru babo bakinnye iyi mikino umwaka ushize wa 2011 ndetse bakanagera ku mukino wa nyuma bakanabona itike y’imikino y’igikombe cy’isi. Kapiteni w’Amavubi U-17 Bishira Latif akaba atangaza ko bameze neza ko barimo kwitegura neza kandi biteguye kwitwara neza bakaba babona iyi tike. Muri iyi ipe ku cyumweru taliki 30 Nzeri 2012 akaba aribwo umukinnyi uba muri Aspire Academy muri Senegal, Itangishaka Blaise yageze mu Rwanda ku munsi w’ejo abaka ku munsi w’ejo kuwa mbere taliki ya 01 Ukwakira 2012 yarakoranye imyitozo n’abandi. Amavubi U-17 akaba naramuka yitwaye neza agasezerera Botswana agomba kuzahura n’ikipe izarokoka hagati ya Somalia na Algeria bityo izatsinda ikajya mu makipe 7 aziyongeraho Maroc izakira iyi mikino muri 2013.
[ "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn" ]
allowed
51314edc47e9866a7211cfa3c4d42ea1
keep
[]
[ 5.9, 6.9, 10, 10, 10, 9.1, 10, 1, 8.1 ]
./WIDE-20121015085610-crawl339/WIDE-20121015085610-02166.warc.gz
791,809,003
4,160
12,709
http://orinfor.gov.rw/printmedia/news.php?type=rw&volumeid=718&cat=6&storyid=16196
text/html
2012-10-15T09:25:08
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "lug_Latn" ]
[ 0.9905, 0.0095, 0 ]
Uyu mutoza azwi ku izina rya Tihana Nemcic wimyaka 24 akaba ari umutoza mushya w’ikipe yo mu cyiciro cya gatanu mu gihugu cya Croatie yitwa NK Viktorija Vojakovac. Ibi biratangazwa n’ikinyamakuru cyo muri icyo gihugu “ 24 sata”( 24 heures ). Ibi ngo ni ubwa mbere bibaye muri iki gihugu aho umukobwa atoza abagabo. Uyu mukobwa kandi azwiho kuba ari mu bantu bagiye bahatanira umwanya wa Nyampinga muri siporo( Miss Sport ). Kuba Tihana Nemcic atoza abagabo ngo nabo barabyishimiye. Tihana Nemcic si umwana mu mupira w’amaguru kuko nawe yarawuconze. Yakinnye imyaka 10 mu ikipe y’abakobwa ya Dynamo Zagreb. Yakinnye kandi no mu ikipe y’igihugu y’abakobwa ya Croatie. Mu 2008, Tihana Nemcic yari mu bakobwa 16 bageze ku rwego rwa nyuma bahatanira umwanya w’umukinnyi mwiza w’umukobwa mu gihugu. Mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru 24 Sata, yavuze ko abakinnyi b’ikipe ya Viktorija bubahiriza inama abaha ndetse na tekiniki abigisha batinuba. Ati « Abahungu bazi gukina umupira w’amaguru, ariko hari byinshi byo gukora ». Akomeza avuga ko afite ikipe ikomeye kandi ishaka gutera imbere.
[ "run_Latn", "run_Latn" ]
allowed
522f5b1e20456736841597104c532604
keep
[]
[ 7.7, 10, 10, 9.8, 9.6, 9.9, 10, 2, 0 ]
./WIDE-20121103131424-crawl419/WIDE-20121103133132-04830.warc.gz
725,780,706
12,868
43,408
http://www.igihe.com/amakuru/boston-wakeka-ko-habaye-mu-rwanda.html
text/html
2012-11-03T14:14:33
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "hau_Latn" ]
[ 0.7247, 0.2753, 0 ]
Mu gihe hakomeje ibirori bihuje Abanyarwanda baba cyane cyane muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ku munsi Nyarwanda ubaye ku nshuro ya kabiri, abaturutse muri Kaminuza ya Harvard, Massachusetts International Hospital n’ahandi, abavuye Canada no ku mugabane w’u Burayi kuko USA ntituyivuga n’abavuye mu Rwanda, bose bahuriye mu mujyi wa Boston, none wagira ngo habaye mu Rwanda. Ubu English ntabwo dukeneye kuyivuga hano. Habaye mu Rwanda. Abantu baracicikana bivugira ikinyarwanda, barahoberana mu muhanda bamwe bagateza "embouteillage" cyangwa "jam" kubera urukumbuzi rwinshi. Reka hotels zo gushaka icyumba byagoranye kuko byose abanyarwanda babifashe. Ubu gushaka icyumba ni ukujya gushakira mu nkengero z’umujyi nko kuva Serena ukajya i Rwamagana kuko nta handi washakira. Gusa ibyumba byaho birahenze kuko icya makeya ni Amadolari y’Amerika 199 ku ijoro rimwe, ariko Intore z’u Rwanda zikomeje kwihesha agaciro zahagose hose. Umujyi wa Boston ukaba ari wo ubarizwamo Kaminuza za Harvard, Cambridge na Massachusetts Institute of Technology, zimwe mu zikomeye cyane ku isi. Kuri International Airport ho hari umupolisi wambajije ati "ko haje Abanyarwanda benshi cyane byagenze bite ?" (There are so many Rwandans coming in today. What happened" ? Namusubije ko bari mu mugambi wo kwihesha agaciro bayobowe na Perezida Paul Kagame uri buze kubaganiriza ; mbona birabatunguye ! Ku bibuga by’indege kuva Nairobi, Chiphol (Amsterdam) na Boston byabarenze. Burya koko Abanyarwanda ni Intore zuzuye. Ladislas NGENDAHIMANA/Boston
[ "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "grn_Latn" ]
allowed
83e9fdbd95d1f0cf35702ced9fbdfb66
keep
[]
[ 6.1, 7.5, 10, 9.9, 10, 10, 10, 2, 0 ]
./WIDE-20120920075614-crawl335/WIDE-20120920091311-00076.warc.gz
16,462,210
6,198
26,082
http://izuba.org.rw/i-761-c-3.izuba
text/html
2012-09-20T09:14:43
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "lug_Latn" ]
[ 0.964, 0.0361, 0 ]
Imikino Ishyirahamwe mpuzamahanga ry’umupira w’amaguru (Fifa) ryemeye gutera u Rwanda inkunga yo kuba ikigo kimeze nka Hoteli kizajya cyakira umwiherero w’ikipe y’igihugu. Muri shampiyona y’ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru ya 2012/2013 ikipe ya APR yafashe icyemezo ko nta munyamahanga n’umwe uzayikinira ndetse ibandikira ibasaba kwishakira andi amakipe, ari na yo mpamvu Didier Sery Logbo na Lionel Saint Preux birukanywe mu myitozo. Abakinnyi bane b’ikipe y’u Rwanda y’imikino ngororamubiri bari mu mwiherero i Gicumbi mu rwego rwo kwitegura imikino ya shampiyona y’isi izabera i Bulgaria mu Kwakira 2012 baratangaza ko binubira uburyo babayeho bihereye aho barara kuko aho kuba muri Hoteli bacumbikiwe mu nzu y’umuturage kandi bakarara hasi bityo bikaba bishobora kubagiraho ingaruka. Bizimana Dominique ukuriye NPC-Rwanda yatangarije ikinyamakuru Izuba Rirashe ko yasezeye mu ikipe y’igihugu ya Sitting Volleyball kuko yageze ku ntego yihaye yo kujya mu mikino Paralempike. Nyuma y’aho ikinyamakuru Izuba Rirashe cyitabiriye imikino Paralempike mu bamugaye yabanjirijwe n’iya Olempike yabereye i London mu gihugu cy’u Bwongereza hari ibintu byinshi u Rwanda rwayigiramo, ariko birindwi ni byo mugiye kugezwaho. Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi Srejedovic Milutin uzwi ku izina rya Micho ari gukurikirana abakinnyi b’Abanyarwanda bakina ku mugabane w’Iburayi babigize umwuga. Julius Bakabulindi, umusore ufite inkomoko mu gihugu cya Uganda, ariko uherutse guhabwa ubwenegihugu bw’u Rwanda afite icyizere ko iyi shampiyona izasozwa ariwe ufite ibitego byinshi nubwo atazayitangira muri izi mpera z’icyumweru kubera imvune amaranye iminsi. Ikipe ya Royal Antwerp yo mu cyiciro cya kabiri mu gihugu cy’u Bubiligi izohereza abashinzwe kuyishakira abakinnyi (scouts) bayo mu Rwanda mu Gushyingo uyu mwaka wa 2012, bazaba baje gukurikirana shampiyona y’u Rwanda no kureba abakinnyi bashobora kwerekeza muri iyi kipe mu Kwakira. - Inama ya EAAPAC izafasha mu kunoza igenzurwa ry段mikoreshereze y段mali ya Leta - Igihe kirageze ko Abanyafurika bikemurira ibibazo - Ntibavuga rumwe ku itegeko ribuza abari munsi y段myaka 10 kwiga mu bigo bibacumbikira - KIE: Abanyeshuri bakomeje guhera mu gihirahiro - Ikigega AgDF kimaze gutangwamo Miliyari 18 - Rwangombwa
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn" ]
allowed
d5a0dfcfeeed40fd97367d9ff6b67dfe
keep
[]
[ 6.4, 7.6, 10, 10, 10, 10, 10, 3, 0 ]
./WIDE-20120920075614-crawl335/WIDE-20120920091311-00076.warc.gz
20,318,591
6,593
22,907
http://izuba.org.rw/i-761-a-33829.izuba
text/html
2012-09-20T09:15:09
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "sna_Latn" ]
[ 0.9196, 0.0804, 0 ]
Imikino Bakabulindi yiteguye kubona ibitego byinshi Julius Bakabulindi, umusore ufite inkomoko mu gihugu cya Uganda, ariko uherutse guhabwa ubwenegihugu bw’u Rwanda afite icyizere ko iyi shampiyona izasozwa ariwe ufite ibitego byinshi nubwo atazayitangira muri izi mpera z’icyumweru kubera imvune amaranye iminsi. Uyu musore avuga ko imvune afite yatangiye koroherwa ndetse yiteguye gutangira gukina vuba. Bakabulindi akinira ikipe ya Kiyovu, ariko ntiyigeze agaragara muri iyi kipe mu mikino yakinaga mu irushanwa ryo gutera inkunga ikigega Agaciro Development fund kubera imvune. Uyu musore aganira n’ikinyamakuru Izuba Rirashe yavuze ko iyo mvune ye yatangiye gukira ndetse afite icyizere ko ashobora gutangira gukinira Kiyovu vuba kandi akitwara neza ati “maze iminsi ndi Uganda aho nari nagiye mu rugo gushaka umuganga unkurikirana ku buryo bwihariye ndetse ubu meze neza ndumva imvune maranye iminsi iri gushira kandi mfite icyizere ko iyi shampiyona izarangira ari njyewe ufite ibitego byinshi kubera nzaba mfatanya no Bokota kunshakira imipira bizanyorohera cyane.” Bakabulindi avuga ko yari yaragiye muri Uganda asabye uruhushya umutoza wa Kiyovu Kayiranga Baptista, bitandukanye n’ibyo ibitangazamakuru bimwe byagiye bitangaza ko yigumuye akagenda nta ruhushya. Umutoza wa Kiyovu yemera ko azi neza ko uyu musore yari ari kwivuriza imvune afite mu gihugu cya Uganda. Julius Bakabulindi yavunikiye muri Tanzania ari mu ikipe y’igihugu Amavubi y’abatarengeje imyaka 20 mu mukino wa gishuti bakinaga na Tanzania y’abatarengeje imyaka 20 mu kwezi kwa Kamena 2012. Igitekerezo cyawe - Inama ya EAAPAC izafasha mu kunoza igenzurwa ry’imikoreshereze y’imali ya Leta - Igihe kirageze ko Abanyafurika bikemurira ibibazo - Ntibavuga rumwe ku itegeko ribuza abari munsi y’imyaka 10 kwiga mu bigo bibacumbikira - KIE: Abanyeshuri bakomeje guhera mu gihirahiro - Ikigega AgDF kimaze gutangwamo Miliyari 18 - Rwangombwa
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn" ]
allowed
2cbf1e2de978fd193f41154e102dd793
keep
[]
[ 5.3, 6.4, 10, 10, 10, 10, 10, 2, 0 ]
./WIDE-20120920075614-crawl335/WIDE-20120920091311-00076.warc.gz
71,519,605
4,558
14,450
http://izuba.org.rw/i-761-c-8.izuba
text/html
2012-09-20T09:19:17
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "lug_Latn" ]
[ 0.9032, 0.0969, 0 ]
Ijambo ry'ibanze Hashize iminsi havugwa ibibazo bitandukanye muri aka Karere k’Ibiyaga Bigari, by’umwihariko ikibazo cy’intambara ihuza imitwe irwanya ubutegetsi yitwara gisirikare n’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (DRC). - Inama ya EAAPAC izafasha mu kunoza igenzurwa ry’imikoreshereze y’imali ya Leta - Igihe kirageze ko Abanyafurika bikemurira ibibazo - Ntibavuga rumwe ku itegeko ribuza abari munsi y’imyaka 10 kwiga mu bigo bibacumbikira - KIE: Abanyeshuri bakomeje guhera mu gihirahiro - Ikigega AgDF kimaze gutangwamo Miliyari 18 - Rwangombwa
[ "kin_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn" ]
allowed
2a8acbce58576c5efed45e21e651c684
keep
[]
[ 5.2, 6.7, 10, 9.7, 10, 10, 10, 0, 0 ]
./WIDE-20120920075614-crawl335/WIDE-20120920091311-00076.warc.gz
83,497,030
6,676
22,988
http://izuba.org.rw/i-761-a-33828.izuba
text/html
2012-09-20T09:20:04
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "lug_Latn" ]
[ 0.97, 0.03, 0 ]
Imikino Micho azahamagara abakinnyi babigize umwuga Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi Srejedovic Milutin uzwi ku izina rya Micho ari gukurikirana abakinnyi b’Abanyarwanda bakina ku mugabane w’Iburayi babigize umwuga. Umutoza Micho arateganya guhamagara abo bakinnyi mu mukino uzahuza Amavubi na Mali mu gushaka itike y’igikombe cy’isi kizabera muri Brazil mu mwaka wa 2014. Mu kiganiro n’ikinyamakuru Izuba Rirashe kuwa 17 Nzeli 2012 Micho yavuze ko ari gukurikirana abasore batandukanye b’Abanyarwanda mu bihugu bakinamo ndetse n’uburyo bari kwitwara muri iyi minsi ati“mfite gahunda yo guhamagara abakinnyi benshi babigize umwuga mu mukino uzaduhuza na Mali”. Micho yakomeje agira ati “Mulisa Jimmy ahagaze neza mu ikipe ye nshya ya AFC Tubize yo mu cyiciro cya kabiri mu Bubiligi ndetse ari gutisnda ibitego, Munyaneza Henry nawe ameze neza mu ikipe ye ya Woluwe ndetse na wa musore Stevens Godfroid muri iyi minsi ari gutera imbere cyane, Edwin Uwon nawe ahagaze neza muri shampiyona ya Chypres, Uzamukunda Elias Baby nawe ameze neza muri AS Cannes, abo ni bamwe mu bakinnyi ndi gukurikirana kandi nshobora guhamagara mu mwiherero twitegura Mali ndetse n’amajonjora ya CHAN.” Micho avuga ko usibye abo bakinnyi hari n’abandi bashya bashobora kugaragara mu mukino wa Mali akaba ari gushakisha amakuru yabo kugira ngo amenye uko bahagaze. Micho avuga ko undi mukinnyi w’Amavubi wateye imbere ari Kagere Meddy uri gukina muri Tunisia ndetse ngo afite umwanya ubanza mu ikipe ye nshya ya Union Sportive de Zarzas. Umukino wo gushaka itike yo kujya mu gikombe cy’isi hagati ya Mali n’u Rwanda uzaba tariki 23 Werurwe 2013 i Kigali. Igitekerezo cyawe - Inama ya EAAPAC izafasha mu kunoza igenzurwa ry’imikoreshereze y’imali ya Leta - Igihe kirageze ko Abanyafurika bikemurira ibibazo - Ntibavuga rumwe ku itegeko ribuza abari munsi y’imyaka 10 kwiga mu bigo bibacumbikira - KIE: Abanyeshuri bakomeje guhera mu gihirahiro - Ikigega AgDF kimaze gutangwamo Miliyari 18 - Rwangombwa
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn" ]
allowed
c6613f88cd75ab85bc557f289e274824
keep
[]
[ 7.5, 9.1, 10, 10, 10, 10, 10, 2, 0 ]
./WIDE-20121021121349-crawl410/WIDE-20121021124728-02895.warc.gz
954,315,313
15,522
71,066
http://umuseke.com/?p=42658
text/html
2012-10-21T14:02:00
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "lug_Latn" ]
[ 0.945, 0.055, 0 ]
Mu gihe andi makipe mu Rwanda mu bushobozi bwayo amaze iminsi agera ku isoko ry’abakinnyi, ikipe ya APR FC ntabwo yo yigeze ivugwa mu kugura abakinnyi, ndetse andi makipe yatangiye imyitozo itegura shampionat itaha ariko yo ntirayitangira. Amakuru yatangajwe n’umwe mu bayobozi bakuru ba APR ku maradio mu Rwanda kuri uyu wa kabiri tariki 21 Kanama, yemeje ko ikipe ya APR izatangira imyitozo kuwa kane tariki 23 Kanama, kandi igatangirana n’umutoza mushya Eric Nshimiyimana. Ibi byahise bisa n’ibihamya ko mu bakinnyi bakinaga mu Isonga baherutse gushyirwa ku isoko, benshi muribo baba bazahita bakurikira umutoza wabo Nshimiyimana werekeje muri APR, nkuko byatangajwe na Gen Alex Kagame Umuyobozi wa APR FC. Hari hamaze iminsi havugwa impinduka muri politiki y’abakinnyi ba APR FC, ko abakinnyi benshi b’abanyamahanga yari ifite badatanga umusaruro bagomba kuyivamo hakaza abakinnyi b’abanyarwanda. Mu bakinnyi 16 Isonga FC iherutse gushyira ku isoko, umunani ubu barifuzwa n’ikipe ya APR FC; abo ni Bayisenge Emery, Cyubahiro Jacques, Isaac Muganza, Hakizimana François, Ruhinda Farouk, Nsabimana Eric, Mico Justin na Rusheshangoga Michel. Aba basore bakaba bagomba guhabwa umwanya na benshi mu banyamahanga babarizwa muri APR nka Habibu Kavuma, Diego Lopez , Douglas, Ndikumana Seleman, Didier Logbo, Alex De Avila Peivotu, Ali Mbogo, Lionel Saint Preux, Kabange Twite, Papy Faty na Dan Wagaruka benshi muri aba bagomba kuva muri APR izakina shampionat umwaka utaha. Amakuru atugeraho aremeza ko APR FC yifuzaga kugumana abasore nka Kabange Twite ndetse n’umunya Haiti Lionel Saint Preux ariko aba nabo bakaba bamaze kurangiza amasezerano yabo muri iyi kipe bityo bakaba bashaka kwerekeza ahandi. Igaruka rya Eric Nshimiyimana niryo ryatunguranye benshi kuko mu kwezi kwa gatandatu umwaka ushize uyu mutoza yari yahagaritswe by’agateganyo kubera gukekwaho gukoresha ibyo bamwe bita “Umuti” mu mupira. Kuri uyu wa kabiri Eric Nshimiyimana we akaba yatangaje ko nta biganiro birambuye baragirana na APR byo kuba yagaruka nubwo bari kumwifuza. Eric wari umutoza wungirije muri APR icyo gihe, ubu yaba ayigarutsemo nk’umutoza mukuru uzasimbura Ernie Brandts, kugirango akomeze gutoza bariya bana yatozaga mu Isonga bifuzwa cyane na APR FC muri izi mpinduka yinjiyemo. Nshimiyimana yabaye umukinnyi w’ikipe ya APR FC, kuva mu mwaka wa 1996 kugeza mu mwaka wa 2005 ubwo yasezeraga ku mupira w’amaguru akinjira mu kazi k’ubutoza nubwo hari igihe gito yavuye muri APR FC agakinira Kiyovu Sport, akaba ari umwe mu bakinnyi bakinnye igikombe cy’Afurika mu mwaka wa 2004. HATANGIMANA Ange Eric UMUSEKE.COM Mu gihe uburyo Eric yirukanywe muri APR buzwi niba ari umuntu wiha agaciro yagombye kubanza gusobanura uko ikibazo cyakijijwe mbere yo kuyigarukamo! nange ndabyishimiye. abatanga comments bamwe ndabagaya cyane kuko inkunga z’amahanga ntabwo zahabwaga APR F.C, Gusa ntimugahuze ibidahuye APR isenya amakipe yanyu niyo igize komite z’ayo makipe niyo iyoboye Minisiteri, niyo iyobora FERWAFA se, none se iyasenye yakina championat yonyine, rwose mujye muba aba sportif beza mutange ibitekerezo byubaka mudasebanya gusa soyez patriote sibyo nigisha, sindi n’umufana wayo ariko ndambiwe comments ngo APR yakoze ibi n’ibi muraje muvuge ngo niyo yirukanye Rayon sport mu mujyi, come on abakunda foot ball rata dutegereze iyi Politique y’abana b’abanyarwanda mu makipe yacu yose icyo azatugezaho. courage bayobozi tubari inyuma, ejo hazaza tuzagira National TEAM IKOMEYE. Basenye amakipe batwicira Ruhago…Ntabwo agahinda Abakunzi bi imikino muRwanda bafite bariya bagabo bakazi. Ariko muribuka uwitwa Mwalala bamufungira muri SKY HOTEL ngo adakinira RAYON SPORTS barangiza bagahombya Rayon udufaranga Abakunzi bayo baba batanze tugapfa ubusa!!! APR FC ni ikipe ifite byinshi rwose itwibutsa ku ibwi IZINA yitirirwa kandi dukunda pe, ariko iyobowe ni Abanu badakunda Umupira ahubwo bakunda itsinzi ni ubwo yaba ivuye kwa SHITANI. Ese mwari mwabona umupira utagira ishyaka koko. Ubuse Premier yu Ubwongereza tuyikindira iki ko ariko ntakam,ara kabayo, uwateguye niwe utsinda. Man City, Man United, Chelsea…barahatana ntagitugu kibayo. Ubuse ko mwaciye Abantu kumasitadi bibunguye iki!! Ayo ma stade se ni umva ngo agiye kubakwa azakinirwa na ATRACO,RAYON,KIYOVU,MUKURA,…ko zose mwazishenye!! Ubwo Marines ni izindi ziba muri Championat kugirango zishakira amanota APR FC zizakine da. Mwatubabariye koko mugaha Ruhago yacu agaciro ko ubushobozi mubufite!!! TURABABAYE!!!! TUGIYE NO KWANDIKIRA AFANDE WACU H.E IBARWA IMUGEZEHO AKABABARO DUFITE KUBERA BAMWE MU ABASIRIKARI BAKURU BATWICIYE UMUPIRA Mbanje gushima Imana ku bw’Eric,yarasebejwe, amaradio menshi yamuvugaga nta muzi baramusebya bihagije arko icyo nshimye Imana nuko aho yatukiwe arko agaruwe gukora kdi noneho bamutukaga ari umutoza w’umusimbura none abaye umutoza wa mbere so, Imana ishimwe cyne, Ibi bikwereke Eric gukomera ku Mana, ndabizi ko wakijijwe aho ugiye bafite uko bari bakuzi, uzabereke impunduka yo muri Christ Yesu. Imana wamenye uzayikomereho izagukorera n’ibindi birenzi ibi. Ndi umuvandimwe musengana muri New Jerusalem mbonye ntabyihanganira gushima Imana ku bwawe.Yesu agushoboze. Amen turamwishimiye eric nawe ni rutumva incyuro inda ni mbi ngo ngwiki we?! Wowe se uri ruki? wasanga uri Ruhwiti! 1999 NDINDI + ATRETIQUE BURUNDI =apr fc barabirukanye bose 2001 rudasingwa baramwirikanye 2003 jacob murei + kenya barabirukanye bose 2004 ntagwabira+ cameron bobo bora sise imigirigiri yaba cameron bose hanze muvara eric abagande tabura kayizi babadi mubiru bose hanze ntagwabira +congo kabanda mafisango nabandi hanze bazanye noneho hait bresil angola +bose hanze narinibagiwe 1995 david otti mbuyi gatera karimu eric popidou nabandi abobose =zero ibikombe byibiwe gusa barangiza ngo APR Irakomeye haaaaa muzajye kwigira umupira kuri mazembe murangize muze mutegure mureke gukoresha ibyareta gusa abanyarwanda baba batanze imisoro yabo barangiza mukayiterera inyoni =zero haaaaa APR imeze nkipyisi ejo abobana izabashyira kugatebe yongere izane abandi banyamahanga haaaaa isonga ngo nikipe igomba kuba hamwe igihe kinini hiiiii umupira wo murwanda ni zero koko ubwose wowe wabonyehe aho equipe ugura abakinnyi umunani mwikipe imwe igatwara numutoza wabo haaaaaaa ubwo twizere ko kamarade abisikana na eric Ibyo APR FC yakoze ndabishimye ariko nitsindwa ijye inabyemera. Twari dukeneye impinduka erega Eric ni umu APR no mu maraso. Yaaaaa. Babivuze ukuri ngo iyo byakomeye umugabo asubira ku cyo yangaga. Inkunga z’amahanga zirahagaze none twibutse ko abazungu ntacyo bamaze kuko n’ubundi batsinda Rayon na Kiyovu mwabanje gutera ubwoba abakinnyi bazo. None muti abanyamahanga bagende dukore ikipe nyarwanda? “Kare kose se mwari he, kandi uhazi..” Iyo ni indirimbo ya Theo Bosebabireba si iyanjye da! Haaaaaaaaaa!!! Eric se kandi abaye umwizerwa gute mwo kabyara mwe?? APR we!!!!!!! Tugiye gutozwa na Eric w’umunyarwanda ndetse twise umurozi tugashaka kumwirukanisha muri national bitanatureba??? Ahhhhhaaa Sha iri hagarikwa ry’inkunga ritangiye kubizana ra!!!!!! Harahagazwe!!! Ntago nabishima hadakozwe iperereza ku akayabo ka amafaranga aba yatanzwe kuri bariya baca nshuru babaje kwica Umupira wacu gusa aha ngo murashaka guhangana na TP Mazambe. Umupira urubakwa ntabwo umuntu aryama ngo arote Igikombe cya Afurika. Kirategurwa yewe niyo byafata imyaka 5 ariko umuntu afite gahunda ihamye itariyo gutsinda Rayon Sports na Kiyovu cyangwa Mukura kandi zose muzi ko mwazisenye mwarangiza ngo muzatwara Igikombe cya Afurika. Atraco FC mwayishyizehe!! Navuze ko kuva umupira wo mu Rwanda uyoborwa nkuko bayobora batayo natacyo bizatumarira. Mwubake umupira urimwo competition, ishyaka ku bibuga rigaruke, muce ruswa zitangwa ni amakipe amwe kugirango atsinde ibikombe byo mu Rwanda ariko kuko ibyo hanze byaratunaniye keretse ATRACO FC and Rayon Sports nizo zagerageje murangije muzisenya. JMV atanze amakuru yu uko championat mu Rwanda ikintwa mumugira umusazi murangije muramwirukana ubwo murubaka uwuhe mupira. Ubuyobozi bwa Police FC ntabwo ngo buzanye amaraso mashya, bagura abakinyi bo muri BRESIL badafite icyo bamariye ikipe uretse umwuka mubi bateje gusa kubera guhembwa menshi kandi batarusha abandi basanzemwo ariko kubera ko bari bazankwe na….No comments. Mwirirwa murushya Afande HE gusa ntakindi none mutwiciye ruhago. Ariko ubwo mujya mwibuka iyo HE yazaga kuri Stade muri Championat stade yuzuye, mwamuhaye agahenjye koko nawe akigarukira kuri Stade ko buriya byamuruhuraga byibuze. Auditor General ntazi aho abapfusha ibyubusa kandi bya Rubanda bari. Ubonye na POLICE FC abakinnyi bayo barye ruswa kandi amakuru tuyatange hakabura igikorwa kugeza ubwo Bakuru babo babatwaye ibikombe byose. Ninde wavuga se ba BWOBA FC gusa!!!!! Harakabaho Afande HE abandi bose baratubeshya bakica ibintu, bakavanga amasaka ni amasakaramentu ngo bamuhaye inkuru zahe zokayja. Turarambiwe turifuza ko Afande ashyira amaraso mashya mubintu byose umugabo nuwisubira mba ndoga Rwabutogo. yes mukomereze aho!mutegure ikipe izahatanira ibikombe!courage bravo APR fc na Management Ndemeza ntashidikanya ko APR itibeshye kuri Eric, numutoza wanditse amateka kdi yarayoboye ikipe yihagazeho!! Bariya bacancuro batwiciye umupira, ubu ndahamya neza ko APR ikoze impinduka nziza, rwose uyu mwaka ushize yabihije umupira kdi aribwo yarifite abakinnyi bahenze!!
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "swe_Latn", "cat_Latn", "kin_Latn", "kmb_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "ltz_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn" ]
allowed
597024e9c22bdcc98845f2f2503ea886
keep
[]
[ 7.3, 6.9, 10, 10, 10, 10, 10, 8, 10 ]
./WIDE-20120930160106-crawl335/WIDE-20120930160106-00881.warc.gz
375,439,759
6,681
23,042
http://izuba.org.rw/i-761-a-33828.izuba
text/html
2012-09-30T16:46:54
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "hau_Latn" ]
[ 0.9781, 0.0219, 0 ]
Imikino Micho azahamagara abakinnyi babigize umwuga Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi Srejedovic Milutin uzwi ku izina rya Micho ari gukurikirana abakinnyi b’Abanyarwanda bakina ku mugabane w’Iburayi babigize umwuga. Umutoza Micho arateganya guhamagara abo bakinnyi mu mukino uzahuza Amavubi na Mali mu gushaka itike y’igikombe cy’isi kizabera muri Brazil mu mwaka wa 2014. Mu kiganiro n’ikinyamakuru Izuba Rirashe kuwa 17 Nzeli 2012 Micho yavuze ko ari gukurikirana abasore batandukanye b’Abanyarwanda mu bihugu bakinamo ndetse n’uburyo bari kwitwara muri iyi minsi ati“mfite gahunda yo guhamagara abakinnyi benshi babigize umwuga mu mukino uzaduhuza na Mali”. Micho yakomeje agira ati “Mulisa Jimmy ahagaze neza mu ikipe ye nshya ya AFC Tubize yo mu cyiciro cya kabiri mu Bubiligi ndetse ari gutisnda ibitego, Munyaneza Henry nawe ameze neza mu ikipe ye ya Woluwe ndetse na wa musore Stevens Godfroid muri iyi minsi ari gutera imbere cyane, Edwin Uwon nawe ahagaze neza muri shampiyona ya Chypres, Uzamukunda Elias Baby nawe ameze neza muri AS Cannes, abo ni bamwe mu bakinnyi ndi gukurikirana kandi nshobora guhamagara mu mwiherero twitegura Mali ndetse n’amajonjora ya CHAN.” Micho avuga ko usibye abo bakinnyi hari n’abandi bashya bashobora kugaragara mu mukino wa Mali akaba ari gushakisha amakuru yabo kugira ngo amenye uko bahagaze. Micho avuga ko undi mukinnyi w’Amavubi wateye imbere ari Kagere Meddy uri gukina muri Tunisia ndetse ngo afite umwanya ubanza mu ikipe ye nshya ya Union Sportive de Zarzas. Umukino wo gushaka itike yo kujya mu gikombe cy’isi hagati ya Mali n’u Rwanda uzaba tariki 23 Werurwe 2013 i Kigali. Igitekerezo cyawe - BDF imaze gutanga miliyari 12 mu bijyanye n’ingwate - MINISANTE irategura gutanga icyiciro cya 3 cy’urukingo rwa kanseri y’inkondo y’umura - Sentore yatangiye gutunganya indirimbo y’Afurika y’Iburasirazuba - Duterimbere yatanze miliyoni 25 mu kigega AgDF - Itsinda ry’abasirikare 24 nibo bashyizweho kugenzura imipaka ya Kongo n’ibihugu bihana imbibi
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "kin_Latn" ]
allowed
12c1ec73f1ba247f40385f8ac0719b2b
keep
[]
[ 7.4, 9.2, 10, 10, 9.8, 10, 10, 2, 0 ]
./WIDE-20120919191924-crawl410/WIDE-20120919191924-00265.warc.gz
243,455,029
6,267
23,062
http://umuseke.com/?cat=7&paged=2
text/html
2012-09-19T19:30:27
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "hau_Latn" ]
[ 0.9986, 0.0015, 0 ]
Mu marushanwa y’amakipe yabaye ayambere iwayo muri Africa, ikipe ya TP Mazembe kuri iki cyumweru yatsinze ikipe ya Al Ahly ibitego 2 ku busa mu Inkuru irambuye » Umukino wa gishuti hagati ya Rayon Sports na Kiyovu Sporst wari wateguwe mu rwego rwo gushyigikira umukinnyi wahoze ari inkingi mu ikipe ya Rayon Sports, Inkuru irambuye » Iran yaraye itsinze ikipe y’u Rwanda ya Sitting Volleyball ku maseti 3 ku busa, akaba ari mu mukino ubanza wabereye muri Gymnase ya Excel i London mu Bwongereza ahari kubera ... i Monaco mu majyepfo y’Ubufaransa niho habereye tombola y’uko amakipe azahura mu matsinda y’igikombe cya UEFA Champions Ligue 2012-2013, ndetse hanahembwa umukinnyi witwaye neza, UEFA Best Player in Europe Award, ... Ikipe ya Rayon Sports FC iri gutabariza Sembagare Jean Chrysostome, umukinnyi wayikinnyemo mu myaka yo hambere ndetse wanayigizemo ibihe byiza; ubu akaba afite ikibazo cyo kuvunika ukuguru. [caption id="attachment_43362" align="aligncenter" width="427"] ... Ikipe ya FC Barcelona yatanze ibisabwa byose ngo umusore w’imyaka 11 gusa ave muri Brazil agere muri Espagne yitozanye na Lionel Messi akunda cyane. [caption id="attachment_43261" align="aligncenter" width="479"] Gabriel Muniz wo ... Denise Mutatsimpundu na Charlotte Nzayisenga aba bakobwa baherutse kwibonera Ticket yo gukina imikino ya nyuma y’igikombe cy’Isi cy’ingimbi mu bagore cya Beach Volley, bagombaga guhaguruka ku cyumweru tariki 25 Kanama ... Perezida Paul Kagame kuri uyu wa kane tariki ya 23 Kanama 2012 yakiriye ikipe ya Yanga yo muri Tanzania imaze gutwara igikombe cyamwitiriwe "CECAFA KAGAME CUP" inshuro 2 zikurikiranyije; ni ... Mu gihe andi makipe mu Rwanda mu bushobozi bwayo amaze iminsi agera ku isoko ry’abakinnyi, ikipe ya APR FC ntabwo yo yigeze ivugwa mu kugura abakinnyi, ndetse andi makipe yatangiye ... Kuri uyu wa mbere nibwo ‘transfer’ ya Alex Song ava muri Arsenal agana muri FC Barcelona yarangijwe nyuma y’ubwumvikane bw’amakipe yombi. [caption id="attachment_42563" align="aligncenter" width="571"] Ubwo yari agiye gukorerwa isuzuma ry'ubuzima ... « Paji ibanza — Paji ikurikira »
[ "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "nno_Latn", "run_Latn", "twi_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn" ]
allowed
e056d8fec8259615b64765afb82d24ec
keep
[]
[ 5.5, 7.7, 10, 9.4, 9.6, 9.7, 10, 0, 0 ]
./WIDE-20121104053051-crawl417/WIDE-20121104062002-04514.warc.gz
45,522,954
7,736
31,764
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1209270900
text/html
2012-11-04T06:22:47
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "lug_Latn" ]
[ 0.9422, 0.0578, 0 ]
Uncle Austin mu gihugu cy'Ubwongereza Abahanzi nyarwanda bakomeje kwerekeza hanze y’u Rwanda uko bwije n’uko bukeye. Kuri ubu,biravugwa ko Uncle Austin nawe agiye kwerekeza mu mujyi wa Londres ho mu Bwongereza. Uncle Austin agiye kwerekeza mu Bwongereza. Amakuru afitiwe gihamya ni uko uyu muhanzi uzwi mu ndirimbo Nzakwizirikaho, Ndavugiriza, Nashima n’izindi azerekeza mu gihugu cy’Ubwongereza mu cyumweru gitaha akazahamara igihe kigera ku minsi irindwi akabona kugaruka mu Rwanda. Impamvu nyamukuru igiye kujyana Uncle Austin hanze ntiramenyekana neza gusa inshuti ze za hafi zemeza ko yamaze kubona ibyangombwa byose harimo n’impapuro z’inzira bityo akaba azagenda mu cyumweru gitaha. Uncle Austin na Fireman. Kuwa gatatu tariki ya 3/10/2012 mu cyumweru gitaha nibwo Uncle Austin azasesekara mu gihugu cya Uganda ari naho azafatira indege imugeza mu Bwongereza mu mujyi wa London. Azava muri uyu mujyi yerekeze ahitwa Leicester ari nawo mujyi azamaramo iminsi irindwi akagaruka mu Rwanda. Munyengabe Murungi Sabin.
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "ibo_Latn", "run_Latn", "jav_Latn" ]
allowed
b41e3d7409d1ef66632117accef3ed15
keep
[]
[ 6.2, 7.6, 10, 10, 10, 10, 10, 1, 0 ]
./WIDE-20121104053051-crawl417/WIDE-20121104062002-04514.warc.gz
47,471,267
7,788
32,167
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1209270707
text/html
2012-11-04T06:22:57
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "tat_Cyrl" ]
[ 0.9426, 0.0574, 0 ]
Imodoka yari itwaye Isonga FC yaraye ikoze impanuka Mu ijoro ryo kuri uyu wagatatu imodoka yari itwaye ikipe Isonga FC yakoreye impanuka i Remera ivuye i Rusizi aho yari yagiye gukina umukino wa shampiyona na Espoir FC. Mu kiganiro twagiranye na kapiteni w’ikipe Ndatimana Robert yadutangarije ko nta muntu wayikomerekeyemo. Ngiyo imodoka yari itwaye abakinnyi ba ISONGA FC. Ahagana mu masaha ya saa cyenda z’ijoro nibwo imodoka yari itwaye abakinnyi bakinira Isonga FC yarenze umuhanda I Remera hafi yaho bakunze kwita ku gisimenti. Nkuko yakomeje abidutangariza, Ndatimana Robert abenshi bari basinziriye bashiduka imodoka yakoze impanuka gusa kubw’amahirwe ntihagira umuntu uyikomerekeramo. Icyateye iyi mpanuka ntago kiramenyekana gusa harakekwa ko umushoferi wari uyitwaye yaba yarangaye cyangwa agasinzira imodoka ikamurengana umuhanda dore ko bwari bwije kandi bakoze urugendo rurerure kujya Rusizi no kugaruka. Tubibutse ko mu mukino Isonga FC ifite abakinnyi benshi bashya baje basanga abandi bake bayihozemo yakinnye na Espoir warangiye itsinzwe igitego 1-0. Rutaganda Ponny.
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "scn_Latn" ]
allowed
c4a3ef0015c51de475ffd9e4ec001748
keep
[]
[ 6.4, 7.9, 10, 10, 10, 10, 10, 1, 0 ]
./WIDE-20121104053051-crawl417/WIDE-20121104062002-04514.warc.gz
56,855,533
7,444
30,086
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1209280416
text/html
2012-11-04T06:23:47
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "sna_Latn" ]
[ 0.9904, 0.0096, 0 ]
Uzahagararira Tanzaniya muri Miss East Africa agiye kumenyekana Ku itariki ya 14/10/2012 nibwo umukobwa uzahagararira igihugu cya Tanzaniya mu marushanwa ya Miss East Africa 2012 azamenyekana. Igikorwa cyo gutangaza uyu mukobwa uzaba ahiga abandi mu bwiza azatoranyirizwa muri Hotel Serena mu mujyi wa Dar Es Salaam. Uyu mukobwa azatoranywa mu bagera ku 148 bari guhatanira uyu mwanya w’ubwiza. Imyiteguro ya Miss East Africa irakomeje nkuko global publishers yabitangaje. Ku itariki ya 07/12/2012 nibwo hazatorwa umukobwa uhiga abandi mu bwiza mu karere k’Africa y’uburasirazuba. Ibi birori bizabera mu mujyi wa Dar Es Salaam. Igihugu cy’Uburundi nacyo cyamaze guhitamo umukobwa uzagihagararira, akaba yitwa Ariella Kaneza w’imyaka 23 y’amavuko, akaba yiga mu mwaka wa kabiri muri Kaminuza ya Universte De Lumiere mu ishami ry’icungamari . Amarushanwa ya Miss East Africa umwaka wa 2012 azahurirwamo n’abakobwa bazaba baturutse mu bihugu 16 byo mu karere k’Africa y’uburasirazuba harimo: Tanzania, Kenya, Uganda, Rwanda , Burundi, Ethiopia, Eritrea, Somalia, Djibouti, Southern Sudan, Malawi, ibirwa bya Seychelles, Madagascar, Reunion, Comoros, na Mauritius. Kugeza ubu, igihugu cy’u Rwanda ntikiratangaza umukobwa uzagihararira muri aya marushanwa azaba mu mpera z’uyu mwaka mu gihugu cya Tanzaniya. Munyengabe Murungi Sabin.
[ "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "jav_Latn" ]
allowed
399b9348c10db5f3b06704c6f128d488
keep
[]
[ 6.3, 8.3, 10, 9.8, 10, 9.6, 10, 1, 0 ]
./WIDE-20121013085208-crawl336/WIDE-20121013085208-02441.warc.gz
40,209,390
7,846
27,281
http://www.ibishya.biz/beyonce-yakoze-imipira-izajya-yambarwa-numukobwa-we-blue-ivy-carter-murwego-rwo-kwamamaza-obama-mu-matora/
text/html
2012-10-13T08:53:49
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "swh_Latn" ]
[ 0.9992, 0.0008, 0 ]
BEYONCE YAKOZE IMIPIRA IZAJYA YAMBARWA N’UMUKOBWA WE BLUE IVY CARTER MURWEGO RWO KWAMAMAZA OBAMA MU MATORA Umuhanzi kazi akaba n’umunyamideli Beyonce Knowles Gisele ukomeje kugaragaza we n’umugabo we Jay-z¬† ugushyigikira cyane Barack obama mu matora ubu noneho n’umukobwa wabo w’amezi umunani nawe ariwe Blue Ivy carter yakorewe imipira yo kwambara¬† n’uruganda rwa nyina (beyonce) rukora imyenda rwitwa House of Dereon azajya yambara muriyi minsi yo kwiyamamaza kwa Barack Obama. Nkuko nyina wa Beyonce ariwe Tina knowles ndetse akaba anakuriye uruganda rw’umukobwa we rwa House of Dereon yatangajeko iyi mipira itakorewe gusa Blue ivy carter ahubwo n’abandi bana bato nabo bagomba kuyambara kugirango bose bafatanye na Blue ivy gushyigikira Barack Obama mu matora ari mbere, igiciro cy’umupira umwe gusa kikaba cyashyizwe ku madolari 65 y’amanyamerika ($65). Mu cyumweru gishize nibwo Beyonce we n’umugabo we jay-z bateguye ubusabane bwo gufasha barack obama mu matora bagakusanya miliyoni zigera kuri 4 z’amadolari y’amanyamerika ($4 Million).
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn" ]
allowed
a7d2b5867456bdf63d8e7ef384b7b6b3
keep
[]
[ 7.1, 10, 10, 10, 8.7, 10, 10, 2, 0 ]
./WIDE-20121014075742-crawl335/WIDE-20121014075742-02285.warc.gz
641,045,856
11,992
52,287
http://ruhagoyacu.com/spip.php?article4964
text/html
2012-10-14T08:39:08
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "swh_Latn" ]
[ 0.9699, 0.0302, 0 ]
Mu masaha agana ay’umugoroba ubuyobozi bwa Rayon Sports bwakoze inama y’igitaraganya kugirango haganirwe uburyo hafatwa ingamba ku buryo iyi kipe yakwitwara neza mu mikino iri imbere ari nako hareberwa hamwe ibibazo by’abakinnyi babo batarabonerwa ibyangombwa kugeza ubu. Nkuko twabitangarijwe na Mayor w’akarere ka Nyanza Murenzi Abdallah ngo iyi nama yavugaga ku bibazo by’abakinnyi bamazemo iminsi, banareba aho umusaruro wabo muke bamazemo icyawuteye kugirango hafatwe ingamba zo gutegura imikino ikurikira. Ku bijyanye n’abatoza b’iyi kipe umuyobozi w’akarere ka Nyanza yadutangarije ko nyuma y’uko umutoza mukuru(Ali Bizimana) agarukiye ubu ngo yahawe amahirwe yo gukomeza gutoza iyi kipe kugirango atange ubumenyi avanye mu mahugurwa. “Tugomba guha umwanya umutoza mukuru ngo ibyo yize abishyire mu bikorwa, umutoza wungirije kuko n’ubundi yari yungirije nawe akarekera staff nyine ikagira icyo yakosora” “Nibabikosora tuzabimenya muri iyi mikino itatu iri imbere tukamenya umwanzuro twafata bitewe n’uko bazaba bitwaye” Murenzi Abdallah Mayor wa Nyanza. Ku bijyanye n’abakinnyi nka Cedrik Hamiss na Etienne Karekezi Mayor yatubwiye ko bishobora gukemuka vuba gusa ko bo batarebwaga n’itariki ntarengwa yo ku munsi w’ejo(tariki 27/09/2012) cyane ko federasiyo y’ u Rwanda ibizi ko nta ruhare Rayon Sports yabigizemo. “Twebwe abakinnyi bacu bari ku ma list ibibazo twagize na bo barabizi kuko turi kuganira na federasiyo y’uburundi bigaragara ko nta ruhare twabigizemo”. “Hari gukorwa ibiganiro hagati y’ama federasiyo nibaza ko icyo ari ikintu kiba cyumvikana iyio ikipe itabifitemo uruhare” Mayor Abdallah. Ikibazo cya Cedrik nkuko Mayor yakomeje abitubwira kikaba ngo cyaratewe n’uko ikipe ya Prince Louis ndetse n’ikipe yamureze yitwa Inyange zishobora kuba arizo zateje ikibazo gusa ngo izi kipe zombie zikaba zari mu biganiro na federasiyo y’u Burundi ku buryo bakemura ikibazo. Ku rundi ruhande ariko bivugwa ko hashobora kuba harabaye uburangare bwo gukurikirana iki kibazo cyane biturutse k’uwari vice president wa Rayon Sports Masumbuko Hussein wagendaga biguru ntege ndetse akaba yaranavuganye n’ikipe itari yo bishoboka ko ari yo ntandaro y’iki kibazo cya Cedrik kugeza nagingo aya. Ku mukinnyi Karekezi we ngo icyo arimo ubu ni ugushaka ibyangombwa by’ubunyarwanda cyane ko we mu byukuri ari umunyarwanda ngo nta kindi kibazo afite. Rayon Sports nyuma yo gutsindwa imikino ibiri ya mbere ikazakina umukino wayo wa gatatu wa shampiyona kuri iki cyumweru aho izakirira I Nyanza La Jeunesse itaratsindwa kugeza ubu.
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn" ]
allowed
27c9b2025b11782b2b0ca56c62df5110
keep
[]
[ 6.6, 8.1, 10, 10, 9.8, 10, 10, 3, 0 ]
./WIDE-20121014075742-crawl335/WIDE-20121014075742-02285.warc.gz
656,279,151
12,689
56,295
http://ruhagoyacu.com/spip.php?article4952
text/html
2012-10-14T08:39:57
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "lug_Latn" ]
[ 0.9821, 0.0179, 0 ]
Shampiyona y’ikiciro cya mbere mu mupira w’amaguru yari igeze ku munsi wa kabiri wayo aho amakipe amwe n’amwe agenda yigaragaza ko yaje yiteguye koko gusa ikibazo k’ibitego kikaba gikomeje kuba ingume dore ko ibitego 13 ari byo byinjijwe byonyine mu mikino 7. Umukino wari utegerejwe na benshi kuri uyu munsi ni uwahuje As Kigali yari yakiriye Rayon Sports kuri stade ya Kigal. Rayon Sports yari yaratsinzwe umukino ubanza mu gihe As Kigali yari yitwaye neza ku mukino uheruka yasuyemo Mukura. Umukino watangiye ikipe ya As Kigali igerageza guhanahana nk’ibisanzwe muri iyi minsi byaje no kuyiviramo kubona igitego cyayo cya mbere cyaje gutsindwa n’umukinnyi Ochaya Silva. Ba myugariro ba Rayon Sports bagaragaraho guhuzagurika baje kubona inshundura z’izamu ryabo zongeye kunyeganyega ubwo umukinnyi Mbaraga Jimmy yababonagamo igitego cya kabiri. Igice cya mbere kitararangira kandi As Kigali yaagaragaraga nk’ishaka insinzi uwo munsi yaje gutsinda igitego cya gatatu gisa nkaho kishyiriwemo n’umunyezamu Nzarora Marcel. Mu gice cya kabiri Rayon Sports yagerageje gusatira bishoboka ariko ishobora kwishyura igitego kimwe cyonyine cya Sekamana Leandre umukino urangira gutyo. Nyuma y’umukino umutoza Abdu Mbarushimana wari umaze iminsi atoza ikipe ya Rayon Sports yirinze kugira icyo atangaza ahubwo Ali Bizimana ni we wavuganye n’abanyamakuru atangaza ko ba myugariro babo batitwaye neza. « Icyatumnye dutsindwa harimo uguhazagurika mu ikipe ya Rayon Sports cyane mu mutima wa defense harimo ikibazo gikomeye cyane ». Ali Bizimana Ku rundi ruhande umutoza Cassa Mbungo yatangaje ko mu byukuri ikipe ya As Kigali yarushije Rayon Sports gushyira ibintu ku murongo. « Mu yandi makipe yose yashoboye kujyana Licence muri Ferwafa Ikipe ya As Kigali ni yo itari ifite ikibazo, urumva ko nta kibazo cyari mu ikipe ku buryo abakinnyi bose bari bafite gahunda yo gukina kuva mbere »Umutoza Cassa. Mu yindi mikino ikipe ya Musanze yatsinze Etincelles kimwe ku busa mu gihe Kiyovu Sports yashoboye gutsindira i Nyamagabe itsinda Amagaju kimwe ku busa na yo. Indi mIkino yabonetsemo insinzi ya kimwe ni uwo Espoir yatsinzemo Isonga ndetse na Police igatsindira Marines ku Gisenyi.
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn" ]
allowed
0b744e0d082758e7282cae6720e023d0
keep
[]
[ 8, 10, 10, 10, 10, 10, 10, 0, 0 ]
./WIDE-20121014075742-crawl335/WIDE-20121014075742-02285.warc.gz
731,331,606
10,986
48,527
http://www.ruhagoyacu.com/spip.php?article4955
text/html
2012-10-14T08:43:48
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "sna_Latn" ]
[ 0.9998, 0.0002, 0 ]
Guhera tariki ya 18/11/2012 mu Rwanda hateganyijwe kubera irushanwa mpuzamahanga rya Tour of Rwanda 2012, iri rushanwa ngarukamwaka rizitabirwa n’amakipe 15 yose akaba yaramaze kwemeza ko azitabira iri rushanwa. Muri ayo makipe twavugamo nk’ikipe y’igihugu ya Eritrea na Morocco zihora zihanganiye umwanya wa mbere muri Africa, izitabirwa n’amakipe y’ababigize umwuga ariyo SANOFI Team Type 1 (USA) iyi ikinamo Kiel wegukanye iri rushanwa umwaka ushize,Team MTN Quebeka (South Africa) ifatwa nk’ikipe ya mbere muri Africa. U Rwanda ruzahagararirwa n’amakipe 2 nkuko bisanzwe, Akagera na Kalisimbi azaba agizwe n’abakinnyi 12, muri rusange iri siganwa rizitabirwa n’abakinnyi 90 basiganwe ahantu hareshya 876 km, harimo etape 8 n’itangiriro (prologue). Amakipe azaba ahagarariye Africa: Amakipe azaba avuye kuyindi migabane: Amakipe yabigize umwuga : Ikipe ebyiri z’u Rwanda :
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn" ]
allowed
a46408483f2b00cb843e0d626b1336b9
keep
[]
[ 7, 10, 10, 9.6, 9.2, 9.5, 10, 1, 0 ]
./WIDE-20121014075742-crawl335/WIDE-20121014075742-02285.warc.gz
770,514,372
11,237
48,930
http://www.ruhagoyacu.com/spip.php?article4963
text/html
2012-10-14T08:46:15
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "lug_Latn" ]
[ 0.9755, 0.0245, 0 ]
Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi y’abatarengeje imyaka 17 Richard Tardy yamaze guhamagara abakinnyi 23 ngo bitabire imyitozo iri butangire kuri uyu wa gatandatu mu rwego rwo kwitegura umukino uzabahuza na Botswana ku itariki ya 12 ukwakira uyu mwaka mu guhatanira itike yo kwerekeza mu mikino yanyuma y’igikombe cya Africa cy’abatarengeje iyo myaka kizabera muri Morocco umwaka utaha wa 2013. Nkuko tubikesha urubuga rwa Interineti rwa Ferwafa.rw, Kuri uyu wa Gatanu,Abakinnyi bose bahamagawe bagomba kurara bageze mu mwiherero kuri Hotel Impala nyuma imyitozo igatangira ku munsi ukurikiyeho. Kw’ikubitiro, iyi kipe izakorera imyitozo ku kibuga cya Ferwafa mu masaha ya mu gitondo. Ikipe ya u-17 y’u Rwanda kubera kwitwara neza mu mikino nyafurika iheruka yaberaga I kgali , ntibyigeze biyisaba kunyura mu majonjora y’ibanze. Botswana bizahura ikaba yarasezereye Malawi iyitsinze penaliti 4-2 dore ko umukino wose wari warangiye amakipe yose anganya 3-3. Umukino wambere amavubi azakina azawukinira I Gabolone naho uwo kwishyura ubere I Kigali mu matariki ya 27 ukwakira 2012 aho ikipe izarokoka mur’izi izahura n’izaba yakomeje hagati ya Somalia na Algeria. Abakinnyi 23 bahamagawe:
[ "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn" ]
allowed
026922863a765356ddbf0fad230e21ba
keep
[]
[ 5.5, 7, 10, 10, 10, 9.7, 10, 1, 0 ]
./WIDE-20121014075742-crawl335/WIDE-20121014075742-02285.warc.gz
792,453,361
11,256
49,264
http://ruhagoyacu.com/spip.php?article4954
text/html
2012-10-14T08:46:51
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "swh_Latn" ]
[ 0.9997, 0.0003, 0 ]
Umukinnyi w’ikipe ya Police Laudit Mavugo yaba yarangije gutizwa mu ikipe ya As Kigali nkuko amakuru ava muri iyi kipe abitangaza. Ikipe ya Police FC cyo kimwe na APR FC zatangiye politiki yo gukinisha abanyarwanda gusa bityo abakinni b’abanyamahanga bari muri aya makipe bagiye basezererwa. Mu ikipe ya Police ariko hari hajemo ikibazo cy’umukinnyi Laudit Mavugo wari utararangiza amasezerano muri iyi kipe kandi bigaragara ko batiteguye kumwishyura contrat ye ako kanya cyane ko atari yabashije kubona indi kipe. Amakuru ava ariko mu makipe ya Police na As Kigali ni uko izi kipe zarangije kumvikana ku kiba uyu mukinnyi ukomoka mu gihugu cy’u Burundi yaba yatizwa muri As Kigali. “Twumvikanye na Police ku buryo yadutiza Mavugo kandi dusa n’ababyumvikanyeho”. “Umukinnyi nka Mavugo ni mwiza kandi yagira icyo afasha cyane ko twagize imvune nyinshi”, Umutoza Cassa Mbungo wa As Kigali. Umukinnyi Laudit Mavugo, Meddie Kagere na Oliveira bafashije ikipe ya Police gutsinda byibura ibitego 40 mu mwaka wa shampiyona ushize nk’uko umutoza wa Police Goran Kopunovic yabitangaje ngo bizagorana kubona ababasimbura.
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn" ]
allowed
04a19e571db182b932f88fdb09824765
keep
[]
[ 7.4, 9.3, 10, 10, 10, 10, 10, 0, 0 ]
./WIDE-20121214152539-crawl419/WIDE-20121214170341-07104.warc.gz
322,168,677
9,319
37,904
http://www.igihe.com//ubukungu/ishoramali/?debut_gh_news=84
text/html
2012-12-14T18:23:44
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "sna_Latn" ]
[ 0.9684, 0.0317, 0 ]
Abahinde b’abashoramari bakiriwe na Minisitiri w’intebe Bernard Makuza kuwa Gatanu batangaje ko baje mu Rwanda mu rwego rwo gushora imari yabo mu... Kompanyi ya Renaissance Partners yo mu gihugu cy’Afurika y’epfo yubaka umujyi mu nkengero za Nairobi muri Kenya, igiye no kubaka undi umeze nkawo... Mu kiganiro n’abashakashatsi, abacuruzi na za kaminuza, Umuyobozi mukuru ushinzwe ishoramari muri Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda (MINICOM), Kaliza... Nk’uko byagaragaye mu raporo zitandukanye zijyanye n’ ishoramali no korohereza ubucuruzi, u Rwanda rwateye intambwe ikomeye aho raporo y’ ikigo... Guverinoma y’u Rwanda irimo kwiga uburyo bunyuze yaha indi kompanyi y’itumanano uburenganzira bwo gusiba icyuho cyasizwe na Sosiyete ya Rwandatel... Akarere ka Rusizi ni kamwe mu turere tw’u Rwanda twiganjemo amabanki menshi atandukanye, ariko kuva FINA Bank yatangira imirimo yayo mu Rwanda mu... Guverinoma y’u Rwanda irimo irashaka uburyo yakongera kwiga ku ngengo y’imari yari yarageneye iyubakwa ry’ikibuga cy’indege gishya cya Bugesera,... Banki Nkuru y’Igihugu kuri uyu wa Gatanu yatangije uburyo bushya bwo kwishyura iyo umuntu aguze imigabane muri sosiyete runaka. Guverineri wa... Raporo ya Komisiyo y’Iterambere ry’Ubukungu n’Imari igaragaza ko hari ibikwiye gukosorwa kugira ngo ishoramari n’ubucuruzi mu Rwanda bigere ku rwego... Uruganda rwa gazi metane, ruzwi nka Kibuye Power(KP1), ruherereye mu kiyaga cya Kivu mu Ntara y’i Burengerazuba rutanga ingufu z’amashanyarazi... Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 20 Nyakanga Abafatanyabikorwa Nyarwanda bahuriye muri Sosiyete Business Parteners International (BPI) batangije... Hashize ukwezi JCI Rwanda itangije gahunda yoo guha Urubyiruko ruri hagati y’imyaka 18 na 45 amahirwe yo kuybona inkunga yo gutangiza imishinga... Uruganda rukora sima mu Rwanda (CIMERWA Ltd) rwagurishije imigabane ihwanye na 51% ku kigo PPC cyo muri Afurika y’Epfo ku kayabo ka miliyoni 69,4... Uruganda rukora sima mu Rwanda (CIMERWA Ltd) rwagurishije imigabane ihwanye na 51% ku kigo PPC cyo muri Afurika y’Epfo ku kayabo ka miliyoni 69,4...
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn" ]
allowed
fdbba73c8f16c7b1d6bcfe76ae90f0a5
keep
[]
[ 5.3, 7.9, 10, 9.2, 9.6, 10, 9.3, 0, 0 ]
./WIDE-20121214152539-crawl419/WIDE-20121214170341-07104.warc.gz
728,624,348
9,028
33,524
http://www.igihe.com///diaspora/?debut_gh_news=228
text/html
2012-12-14T20:17:13
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "kik_Latn" ]
[ 0.9301, 0.0699, 0 ]
Mu mugoroba wo kuri uyu wa gatanu tariki ya 06 Kanama 2010, Ubuyobozi Bukuru bwa Diaspora bukorera muri Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga bwaraye... Kuri uyu wa kabiri ikipe y’abanyarwanda baba muri Canada yitwaye neza mu irushanwa ryari ryateguwe n’abanya Burkina Faso, rikityabirwa n’amakipe 4... Mu gihe hasigaye gusa iminsi ibarirwa ku ntoki z’ikiganza kimwe kugira ngo Abanyarwanda bagejeje ku myaka yo gutora ndetse bakaba bujuje... Kuri uyu wa gatandatu tariki 31 Nyakanga, i Bruxelles mu murwa mukuru w’u Bubiligi habereye umunsi wo gushyigikira umukandida Paul Kagame... Ifatinije na WAF (Wakening Abilities for the Future ) ndetse na Ambassade y’u Rwanda i Buruseri, Diaspora yo mu Bubiligi ibaye iya mbere i Burayi... Kuri uyu wa mbere nibwo umwe mu banditsi b’abanyarwanda bazwi cyane azagera mu rwa Gasabo aho akomoka. Uwo nta wundi ni Keza Ruzima, umwanditsi... Igice kinini cy’Abanyarwanda baba mu mahanga barishimira cyane umuziki nyarwanda kuko babona warateye imbere. Ibi bakaba babihera ku ndirimbo... Ku wa Gatanu taliki ya 11 Kamena 2010, Honorable Senateri Agnes Kayisire hamwe na Honorable Depite Ezechias Rwabuhihi bahaye ikiganiro... Twigeze kwandika inkuru ku muhanzi Enric Sifa ( kanda hano : Amateka adasanzwe y’umuririmbyi Enric Sifa). Kubera uburyo ayo mateka yakunzwe, ubu... Ambasade y’u Rwanda mu Budage iri i Berlin ku munsi wo kuwa gatandatu yitabiriye iserukiramuco All Nations Festival, kikaba ari igikorwa kiba buri... Tariki ya 10/07/2010 nibwo abanyeshuli biga muri Annamali University bizihije ku nshuro ya 16 umunsi wo kwibohoza , iki gikorwa kikaba cyari... Umuryango w’Abanyarwanda batuye mu gice cy’Uburengerazuba bwo hagati mu gihugu cy’u Bwongereza , West Midlands Rwandese Community Association,...
[ "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn" ]
allowed
892a7a151c09a048ed5ba7c6a113f7b0
keep
[]
[ 6.2, 8.3, 10, 9.4, 10, 9.9, 10, 0, 0 ]
./WIDE-20121004110040-crawl335/WIDE-20121004110531-01344.warc.gz
563,437,248
10,576
47,924
http://ruhagoyacu.com/spip.php?article4365
text/html
2012-10-04T11:24:54
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "swh_Latn" ]
[ 0.9864, 0.0136, 0 ]
Nyuma yo gusezererwa na Spain ikipe ya Portugal ubwo yatahaga yerekeza muri Portugal yagiye isize Cristiano Ronaldo kubera uburangare bwe nkuko bitangazwa na pilote w’indege. Ronaldo yasabwe guhindurirwa umwanya maze aba agiye hanze gato gushaka akagati yaba ari kurya nako kunywa. Ibi ntibyanamuguye neza nkuko yaje kubitangaza nyuma aho yanaje gusigara umutoza we akibona batajyanye nawe. Paulo Bento , umutoza wa Portugal yaje kubona ko bibagiwe Ronaldo ariko ntacyo yabihinduraho kuko indege yari yamaze guhaguruka. Byasabye ko Ronaldo agenda n’indege ikurikiyeho aho yaje gusanga bagenze be muri Portugal.
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn" ]
allowed
b69f8046ae790b619fab2c085277dae8
keep
[]
[ 8, 10, 10, 10, 10, 10, 10, 0, 0 ]
./WIDE-20121004110040-crawl335/WIDE-20121004110531-01344.warc.gz
582,166,643
10,633
48,487
http://ruhagoyacu.com/spip.php?article3905
text/html
2012-10-04T11:25:54
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "hau_Latn" ]
[ 0.9758, 0.0242, 0 ]
N Madjaliwa Ku Cyumweru tariki ya 22/04/2012 nibwo shampiyona y’icyiciro cya kabiri mu mupira w’amaguru yasojwe mu matsinda. Mu matsinda abiri yari agize shampiyona amakipe 4 ya mbere muri buri tsinda yahise abona itike yo gukomeza muri kimwe cya kane kirangiza Mu Itsinda A hakomeje: AS Muhanga, Esperance FC , GasaboUnited, intare FC Mu Itsinda B hakomeje: Musanze FC , Rwamagana City, Sec Academy, Interforce Imikino ibanza ya kimwe cya kane kirangiza izakinwa tariki ya 29/04/2012 iyo kwishyura ikinwe tariki ya 2/05/2012. Uburyo amakipe azahura muri 1/4 kirangiza AS Muhanga vs Interforce Musanze FC vs Intare FC Esperance FC vs Sec Rwamagana City vs Gasabo United Nyuma y’imikino ibanza niyo kwishyura amakipe 4 azabyitwaramo neza azakomeza muri kimwe cya kabiri kirangiza.
[ "swh_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "lim_Latn", "szl_Latn", "vec_Latn", "hau_Latn", "kin_Latn" ]
allowed
88d55baed794e2a8efaa0f442873eaf1
keep
[]
[ 5.7, 7.8, 10, 10, 9.8, 9.3, 10, 0, 0 ]
./WIDE-20121004110040-crawl335/WIDE-20121004110531-01344.warc.gz
984,108,930
11,478
50,136
http://ruhagoyacu.com/spip.php?article1757
text/html
2012-10-04T11:35:25
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "hau_Latn" ]
[ 0.9958, 0.0042, 0 ]
RuhagoYacu Nyuma yaho Amavubi U17 akoreye amateka , RuhagoYacu yagerageje gushakisha abandi bana b’Abanyarwanda bakina ku mugabane w’Iburayi bifuza gukinira u Rwanda. Iki gikorwa akaba ari uburyo bwo gufatanya ngo intera Amavubi U17 igezeho izakomeze aho nyuma y’ubushakashatsi twakoze twasanze hari abakinnyi benshi cyane bakina ku mugabane w’Iburayi kandi b’abahanga bamwe muri bo iyo muganiriye bakaba bakubwira ko bifuza gukinira Amavubi. Umukinnyi twahereyeho akaba yitwa Tumusabeyezu Janvier yavutse tariki 1/1/1994 avukira I Remera akaba kuri ubu abarizwa muri Ireland. Uyu mukinnyi arawuconga kakahava dore ko azwiho kuba ataruha kandi akomeye nkuko bitangazwa na bagenzi be bakinana aho akina muri ba rutahizamu. Uyu mukinnyi azi kuvuga ikinyarwanda ariko ntazi kucyandika kuri ubu akaba ari kwegerwa n’ishyirahamwe ry’umupira w’Amaguru muri Ireland ngo akinira ikipe yabo y’abatarengeje imyaka 18 dore ko abica bigacika mu ikipe ya Shamrock Rovers F.C ya U18 aho yambara numero 6 akaba kandi anahembwa ama euro 100 buri cyumweru. Twabamenyesha ko iyi kipe ya Shamrock Rovers F.C ari imwe mu makipe akomeye muri Ireland ikaba ari n’ikipe ifite abana benshi bakunda kwigaragaza mu ikipe y’Igihugu yabo. Tumusabeyezu Janvier kuri we ngo ntashaka gukinira iyi kipe kuko yumva ashaka gukinira igihugu cye cyamubyaye kuri ubu akaba amaze gutsinda ibitego 32 uyu mwaka mu mikino 18 bakinnye. Mu kiganiro twagiranye n’uyu mwana ngo indoto ze ni ugukinira u Rwanda akaba yaranze gukinira Ireland nubwo bakomeje kumwirukankaho bikomeye. Ushobora kudukurikira ukoresheje Twitter cyangwa Facebook ukamenya amakuru yose y’imikino isaha ku yindi.
[ "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn" ]
allowed
e69c788383cf2195d27684b2d5a3696f
keep
[]
[ 6.1, 7.5, 10, 10, 10, 10, 10, 1, 0 ]
./WIDE-20121115094030-crawl420/WIDE-20121115103826-00396.warc.gz
487,783,563
10,949
41,729
http://www.radio10.rw/?p=3364
text/html
2012-11-15T11:14:03
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "swh_Latn" ]
[ 0.9803, 0.0197, 0 ]
Igihugu cya Kenya gikomeje kuryamira amajanja By Patrick Muneza - Wed Oct 03, 2:01 pm Uku kuryamira amajanja kw’igihugu cya Kenya kuraturuka kumakuru atangwa n’ibiro bishinzwe ubutasi bya Kenya bivuga ko igihe icyari cyo cyose hashobora kubaho ibitero by’ubwiyahuzi aho mugihugu cya Kenya bikozwe n’abarwanyo b’abanyasomaliya ba Al Shabab. Aya makuru atangazwa n’umuvugizi w’igipolisi muri Kenya Eric Kiraithe, avuga ko muri iyiminsi ibitero hifashishijwe ibintu biturika na za Grenade byariyongereye muri Kenya Cyane cyane mu murwa mukuru Nairobi kunkombe z’inyanja ahahurira ba mukerarugendo ndetse no muturere twa Kenya duhana imbibi na Somaliya. Kubw’izo mpamvu igipolisi cya Kenya kikaba gisaba abaturage ba Kenya kwitonda muri ibibihe nacyane cyane ko ngo ibice bishobora kwibasirwa kurusha ahandi ari ibice bikorerwamo ubucuruzi mu migi ya Kenya, ahahurira abantu benshi barenze icumi n’ahandi. Inzego zishinzwe umutekano nazo kuri ubu ngo ntabwo zicaye, zakajije ingamba z’umutekano. Abarwanyi ba Al shabab bakaba baziza Leta ya Kenya kuba yarinjiye mugihugu cya Somaliya murwego rwo kurinda imbibi Kenya ihana Somaliya zari zikunze kurangwamo ibikorwa by’umutekano muke. Patrick Muneza
[ "run_Latn", "eng_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn" ]
allowed
dd0e325f39341f6ae79bd1b649f5af3f
keep
[]
[ 6.3, 7.6, 10, 10, 10, 10, 10, 2, 0 ]
./WIDE-20121104042342-crawl417/WIDE-20121104050732-04505.warc.gz
958,433,232
7,152
29,453
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1209280429
text/html
2012-11-04T05:56:21
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "lug_Latn" ]
[ 0.9527, 0.0473, 0 ]
Umukinnyi wa Filime Johnny Lewis yitabye Imana Kuri uyu wa kane nibwo umukinnyi wa filime Johnny Lewis wahoze ari n’umugabo w’umuririmbyikazi Katy Perry yitabye Imana mu mujyi wa Los Angeles. Nk’uko byatangajwe n’ikinyamakuru TMZ umurambo w’uyu mugabo w’imyaka 28 wasanzwe iruhande rw’uwumukecuru wimyaka 81 witwa Catherine ari nawe yakodeshagaho icyumba yabagamo. Polisi yo mu mujyi wa Los Angeles ikaba yatangaje ko ikeka ko Lewis yaba yakubise uyu mukecuru kugeza ubwo apfa nyuma akaza kugerageza guhunga asimbutse igisenge cy’inzu ari nabyo byaba byamuhitanye. Abaturanyi ba Lewis bakaba babwiye polisi ko urusaku rw’uyu mukecuru ataka cyane nk’uri gukubitwa bikomeye. Johnny Lewis yamenyekanye cyane muri filime zagiye zikundwa nka "Sons of Anarchy","Boston Public","Newport Beach" akaba yaranabaye umugabo wa katy Perry igihe gito mu mwaka w’2006 n’ubwo bitavuzwe cyane. Robert N.Musafiri.
[ "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kab_Latn" ]
allowed
ee97b4a5937c8c88a36b932a2481bdc7
keep
[]
[ 6.1, 8, 10, 9.8, 9.8, 10, 10, 0, 0 ]
./WIDE-20121116185243-crawl419/WIDE-20121116213244-06106.warc.gz
894,416,427
9,209
36,894
http://www.igihe.com///imyidagaduro/hanze/?debut_gh_news=12
text/html
2012-11-16T23:44:22
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "sna_Latn" ]
[ 0.9681, 0.0319, 0 ]
Umuhanzi King James umenyerewe mu muziki hano mu Rwanda, uretse kuba yari asanzwe ataramira Abanyarwanda bari imbere mu gihugu, ubu agiye... Ibintu byamaze gusobanuka neza hagati ya Rihanna na Chris Brown nyuma y’urujijo rwari rumaze iminsi, aho byavugwaga ko aba bombi baba barasubiye... Marie-Claire Noah, nyina w’umuhanzi w’icyamamare akaba n’umukinnyi wa Tennis, Yannick Noah yapfuye. Ikinyamakuru Le Parisien gitangaza ko... Justin Bieber w’imyaka 17, yarukiye ku rubyiniro (stage) ubwo yari mu gitaramo aheruka kugirira kuri uyu wa Gatandatu i Glendale muri leta ya... Abasore 2 bagize itsinda rya Goodlyfe bafashwe bakekwaho gutwara ibintu mu buryo bwa magendu mu cyumweru gishize. Abo basore bazwi ku mazina ya... Umuriribyikazi Shakira ukomoka mu gihugu cya Colombiya yatangaje ko atwite inda y’umukunzi we Gerard Pique ukinira ikipe ya FC Barcelone. Nyuma... Mu Burundi hagiye gutangizwa irushanwa risa n’iryari risanzwe rimenyerewe mu Rwanda ryitwa Primus Guma Guma Super Star (PGGSS), rizaba ryitwa... Miss Mauritius World, Nathalie Lesage yasuye u Rwanda ahagirira ibihe bidasanzwe kuko yabashije kubona ibintu byinshi byamunejeje birimo ubwiza... Mu gihe abahanzi benshi bo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika baririmba injyana ya Hip Hop barimo Kanye West, Jay-Z na Common, bagaragaje ko... Umukinnyi wa sinema Michael Clarke Duncan uzwi muri filime nka “Green Mile” yitabye Imana ku munsi w’ejo tariki 3 Nzeri 2012, aguye mu bitaro kubera... Chris Lighty, umunjyanama wa P.Diddy na 50Cent, bamusanze yapfiriye mu nzu yari atuyemo muri New-york. Nk’uko igitangazamakuru TMZ cyabitangaje,... Mu gitaramo cyabereye i Roma kuri uyu wa Mbere i Madison Square Garden ho muri New York, umuhanzi Madona yavanyemo ipantalo nuko yerekana... Mu gitaramo cyabereye i Roma kuri uyu wa Mbere i Madison Square Garden ho muri New York, umuhanzi Madona yavanyemo ipantalo nuko yerekana...
[ "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "lua_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn" ]
allowed
be8e330c817f679cb9258df22a3263d4
keep
[]
[ 5.2, 7.5, 10, 9.3, 10, 10, 9.4, 0, 0 ]
./WIDE-20121102061025-crawl419/WIDE-20121102063419-04665.warc.gz
831,909,574
9,061
34,832
http://www.igihe.com//ubukungu/ishoramali/?debut_gh_news=72
text/html
2012-11-02T07:21:20
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "sna_Latn" ]
[ 0.9358, 0.0643, 0 ]
Kompanyi ya Renaissance Partners yo mu gihugu cy’Afurika y’epfo yubaka umujyi mu nkengero za Nairobi muri Kenya, igiye no kubaka undi umeze nkawo... Mu kiganiro n’abashakashatsi, abacuruzi na za kaminuza, Umuyobozi mukuru ushinzwe ishoramari muri Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda (MINICOM), Kaliza... Nk’uko byagaragaye mu raporo zitandukanye zijyanye n’ ishoramali no korohereza ubucuruzi, u Rwanda rwateye intambwe ikomeye aho raporo y’ ikigo... Guverinoma y’u Rwanda irimo kwiga uburyo bunyuze yaha indi kompanyi y’itumanano uburenganzira bwo gusiba icyuho cyasizwe na Sosiyete ya Rwandatel... Akarere ka Rusizi ni kamwe mu turere tw’u Rwanda twiganjemo amabanki menshi atandukanye, ariko kuva FINA Bank yatangira imirimo yayo mu Rwanda mu... Guverinoma y’u Rwanda irimo irashaka uburyo yakongera kwiga ku ngengo y’imari yari yarageneye iyubakwa ry’ikibuga cy’indege gishya cya Bugesera,... Banki Nkuru y’Igihugu kuri uyu wa Gatanu yatangije uburyo bushya bwo kwishyura iyo umuntu aguze imigabane muri sosiyete runaka. Guverineri wa... Raporo ya Komisiyo y’Iterambere ry’Ubukungu n’Imari igaragaza ko hari ibikwiye gukosorwa kugira ngo ishoramari n’ubucuruzi mu Rwanda bigere ku rwego... Uruganda rwa gazi metane, ruzwi nka Kibuye Power(KP1), ruherereye mu kiyaga cya Kivu mu Ntara y’i Burengerazuba rutanga ingufu z’amashanyarazi... Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 20 Nyakanga Abafatanyabikorwa Nyarwanda bahuriye muri Sosiyete Business Parteners International (BPI) batangije... Hashize ukwezi JCI Rwanda itangije gahunda yoo guha Urubyiruko ruri hagati y’imyaka 18 na 45 amahirwe yo kuybona inkunga yo gutangiza imishinga... Mu gihe imodoka nini zo mu bwoko bwa coaster ari zo zari zimaze iminsi ari agashya mu gutwara abantu n’ibintu mu Rwanda ndetse zimwe muri sosiyete...
[ "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn" ]
allowed
f9a220309321370f9796b1f8be710438
keep
[]
[ 5.3, 7.5, 10, 9.2, 9.6, 10, 10, 0, 0 ]
./WIDE-20121102043243-crawl419/WIDE-20121102060008-04662.warc.gz
908,135,793
8,792
34,563
http://www.igihe.com///diaspora/
text/html
2012-11-02T06:53:01
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "kik_Latn" ]
[ 0.8915, 0.1085, 0 ]
Abanyarwanda baba mu gihugu cya Canada, barateganya gukora imirimo y’ishoramari muri iki gihugu, aho bateganya ko ku itariki ya 10 Ugushyingo 2012... Nyuma y’uko Abanyarwanda baba mu mahanga batangije na bo gahunda yo gushyigikira ikigega Agaciro, abiga muri kaminuza ya Annamalai mu Buhinde na... Ku wa gatandatu tariki 6 Ukwakira ni bwo Ambasade y’u Rwanda i Dakar muri Senegal yatangije ku mugaragaro Ikigega Agaciro aho Abanyarwanda... • Abayobozi ba RNC birukanywe mu buyobozi bazira ko bitabiriye gahunda y’Agaciro • Abafitanye umubano mwiza na Ambasade y’u Rwanda biswe... Mu mpera z’icyumweru gishize Abanyarwanda baba mu mujyi wa Arusha barangajwe imbere na Ben Rugangazi uhagarariye u Rwanda muri Tanzaniya,... Mu rwego rwo gutangiza ku mugaragaro Ikigega Agaciro Development Fund, Ambasade y’u Rwanda i Dakar irimo gushishikariza Abanyarwanda baba muri... Abanyarwanda baba mu Bubiligi ndetse n’inshuti zabo kuri uyu wa Gatandatu ni bwo bazakusanya inkunga zo gushyigikira ikigega Agaciro Development... Mu gihe kuri uyu wa Gatanu tariki ya 22 Nzeri 2012, i Boston muri Leta Zunze Ubumwe z’Amarika hategenyijwe gutangira igikorwa cya Rwanda Day... Guhera kuri uyu wa Gatanu tariki ya 21 Nzeri kugeza ku wa Gatandatu tariki ya 22 Nzeri 2012, nibwo Abanyarwanda baba mu muri Amerika bateranira... Mu cyumweru gishize, Abanyarwanda baba mu mahanga batangije ku mugaragaro gahunda yo gutanga amafaranga mu kigega AgDF aho agerenga miliyoni... Nyetera Antoine Théophile, ukomoka mu muryango w’Umwami Kigeli III Ndabarasa yitabye Imana afite imyaka 75 y’amavuko. Uyu mukambwe wari uzwiho... Ambasaderi w’u Rwanda mu Bubiligi, Masozera Robert arahamagarira Abanyarwanda batuye muri icyo gihugu n’inshuti zabo gushyigikira Ikigega Agaciro,...
[ "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn" ]
allowed
d871e82665c08c79458331a4cf5d7f3c
keep
[]
[ 7, 9.2, 10, 9.5, 10, 10, 10, 0, 0 ]
./WIDE-20121016130334-crawl421/WIDE-20121016132642-02914.warc.gz
970,455,043
6,723
23,439
http://ferwafa.rw/amavubi/amavubi?start=4
text/html
2012-10-16T14:21:49
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "hau_Latn" ]
[ 0.9432, 0.0567, 0 ]
Amavubi Latest news umwanzuro wa komote nyobozi ya ferwafa ku kibazo cy'umutoza ntagwabira j.m - Thursday, 04 October 2012 - Webmaster abanyarwanda baba hanze bakomeje gushakisha uburyo ruhago yacu yatera imbere - Monday, 01 October 2012 - Webmaster Murwego rwo kwagura amarembo no kumenyekanisha ibikorwa by’umupira w’amaguru mu Rwanda , Uwahoze ari umunyezamu wa Rayon Sports akaba n’umunyezamu w’ikipe y’igihugu(AMAVUBI) ubu akaba abarizwa mugihugu cy’ubwongereza Murangwa Eugene alias Belle yabonanye n’uwahoze ari umukinnyi w’igihugu cy’u Bufaransa akaba n’umukinnyi w’ikipe ikomeye kw’isi ya Barcelone Mr. Lilian Thuram. Abo bagabo bombi bahuriye mu Bufaransa Tariki ya 26-09-2012 I PARIS, Lilian Thuram akaba yarashinze umuryango wo kurwanya ironda ruhu abinyujije mu mupira w’amaguru bita Lilian Thuram Foundation (http://www.thuram.org) ukorera mubufaransa, Naho Murangwa Eugene akaba yaratangije igikorwa yise Football For Hope Peace and Unit (http://www.fhpuenterprise.org) akaba kandi afatanyije n’abagenzi be bahoze bakina umupira mu Rwanda bashinze ishyihamwe ry’abahoze bakina umupira w'amaguru mu Rwanda rizwi kw’izina rya Association des Anciens Footballuers du Rwanda (A.A.F.R) bakaba batanga umusanzu muguteza imbere umupira w’abana babinyujije mu kigo bashinze cyo kwigisha umupira bise Dream Team Football Academy (www.dreateamfootballacademy.com) gikorera I Kigali aha hozwe hazwi kw’izina rya ETO-KICUKIRO , Bakaba bigisha abana umupira w’amaguru guhera kumyaka 4 kugeza kumyaka 18. Abo bagabo bombi rero baganiriye kubikorwa byateza imbere umupira w’amaguru cyane cyane uw’abana bakiri bato , baganira uburyo bakwagura amarembo maze bagafasha abana n’urubyiruko kwiteza imbere binyuze mu mupira w’amaguru. Murangwa Eugene , yasabye Lilian Thuram ko yazasura u Rwanda mu minsi iri imbere mu rwego rwo kunganirana mubitekerezo no kwagura amerembo hakoreshejwe umupira w’amagauru , Thuram yamubwiye ko nawe yifuza kuzasura u Rwanda ariko ko ibyo ari ibintu bizaganirwaho maze bikanonosorwa.Last Updated on Monday, 01 October 2012 14:34 Ibihugu 8 nibyo bimaze kwemera kuzitabira Cecafa Challenge Cup-Musonye - Saturday, 29 September 2012 - Webmaster Ibihugu umunani byo mu karere k’iburasirazuba no hagati ni byo byarangije kwemeza ko bizitabira irushanwa Tusker Cecafa Challenge Cup riteganyijwe kuba tariki ya 24/11/2012 kugeza 09/12/2012 I Kampala, Uganda.Read more... Nirisalike yahawe ikiruhuko kubera imvune - Wednesday, 26 September 2012 - Webmaster Myugariro w’ikipe y’igihugu Amavubi, Salomon Nirisalike yahawe ikiruhuko cy’ibyumweru bibiri adakina kubera imvune yagize tariki 23 Nzeli 2012 mu mukino wa shampiyona w’icyiciro cya kabiri mu gihugu cy’ububiligi.Read more... More Articles... - MINISPOC yatanze 2.3m kuvuza Sembagare - Rwanda, Namibia bazakina imikino ibiri ya gucuti - Karekezi yasinye imyaka ibiri muri Bizerte FC yo muri Tunisia - Micho arateganya guhamagara abakinnyi babigize umwuga - Minisitiri w’intebe yasuye FERWAFA - Buteera yatangiye imyitozo ikomeye - Amavubi yatomboye Eritrea/Ethiopia muri CHAN 2014 - U Rwanda rwazamutse ku rutonde rwa Fifa - Urutonde rw'abakinnyi b’Amavubi U-17 bazahura na Nigeria U-17 - Amavubi U-17 irerekeza muri Nigeria ku wa gatatu
[ "eng_Latn", "kin_Latn", "eng_Latn", "zho_Hans", "run_Latn", "eng_Latn", "zho_Hans", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "eng_Latn", "zho_Hans", "run_Latn", "run_Latn", "eng_Latn", "zho_Hans", "run_Latn", "eng_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn" ]
allowed
b8e5f9ca775b13096e659e319cd5375d
keep
[]
[ 5.4, 7.7, 8.1, 9.5, 9.8, 9.6, 10, 2, 7.8 ]
./WIDE-20121018041245-crawl410/WIDE-20121018055527-02365.warc.gz
672,594,797
9,680
46,383
http://umuseke.com/?p=2940
text/html
2012-10-18T06:45:11
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "hau_Latn" ]
[ 0.8542, 0.1458, 0 ]
Libya – Abatavuga rumwe na Kaddafi batangaje ko bateganya amatora anyuze mu mucyo igihe Kaddafi azaba avuye ku butegetsi. Nkuko tubikesha urubuga rwa internet 20minutes.fr, inama nkuru y’ubuyobozi bw’abarwanya Kaddafi yatangaje ko yiteguye gutegura amatora anyuze mu mucyo igihe Kadhafi azaba avuye ku butegetsi. Mu itangazo ryavugiwe i Londres, aho abahagarariye iyi nama y’abatavuga rumwe na Kaddafi kuri uyu wa kabiri bari bitabiriye inama mpuzamahanga yigaga ku buryo hakemurwa ikibazo cya politiki muri Libya, abatavuga rumwe na Kadhafi bavuze ko bashaka Leta nshya, yigenga, kandi ishyize hamwe. Nkuko uru rubuga rukomeza rubitangaza kandi nuko kuri uyu wa mbere ingabo z’abanyamerika zarashe amato atatu arwanira mu mazi y’ingabo za Kaddafi, ubwo aya mato yashakaga kurasa abaturage bakoreraga ibikorwa by’ubucuruzi ku cyambu cya Misrata. Twabibutsa ko iki gikorwa cyo kurasa aya mato cyakozwe n’ingabo z’abanyamerika zirwanira mu mazi zifatanyije n’izirwanira mu kirere aho barashe inzu yarimo aya mato ndetse n’ibindi bikoresho by’ubwirinzi bya Kaddafi maze bagatwika ibyo bikoresho byose byari muri iyo nzu. NYUZAHAYO Norbert Umuseke.com
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "min_Latn", "cat_Latn" ]
allowed
accd1975bed5e2d6dad730092f62dfe8
keep
[]
[ 6.2, 7.6, 10, 10, 10, 10, 10, 1, 0 ]
./WIDE-20121114233744-crawl420/WIDE-20121114233744-00323.warc.gz
791,876,064
7,641
29,744
http://www.umuvugizi.com/?p=5550
text/html
2012-11-15T01:15:57
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "sna_Latn" ]
[ 0.9371, 0.0629, 0 ]
Uburyo Perezida Kagame yakingiye ikibaba ikigirwamana Minisitiri Musoni James. Amakuru akomeje kugera ku Umuvugizi yemeza ko ako kayabo kanyerejwe ku rugomero rwa Rukarara kariwe na perezida Kagame ubwe, ariko kubera igitugu cy’abatera nkunga bashakaga ko abariye ako kayabo bakurikiranwa mu buryo bw’amategeko, perezida Kagame yashinze akanama ka baringa gashinzwe gukurikirana icyo kibazo, ashumuriza abayobozi b’inzira karengane, badafite aho bahuriye n’ubwo bujura, ahubwo arangije akingira ikibaba umujura mugenziwe, ari we Musoni James. Mu bahamagawe harimo minisitiri Rwangombwa John na Albert Butare wari umunyamabanga wa Leta ushinzwe ingufu n’amazi, ariko abwira ako kanama k’abo badepite b’ibikoresho bye kugirango be kugira icyo babaza umujura mugenzi we minisitiri Musoni James, dore ko igihe ako kayabo kanyerezwaga ari we wari minisitiri w’imari kandi na sosiyete yariye ako kayabo yari yabiherewe umugisha na minisitiri Musoni James ubwe. Gasasira, Sweden [email protected]
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "swh_Latn", "cat_Latn" ]
allowed
f6bb4e4e089aadad6921a247f171e241
keep
[ [ 972, 992 ] ]
[ 8.2, 10, 10, 10, 10, 10, 10, 2, 0 ]
./WIDE-20121215183132-crawl412/WIDE-20121215201909-02048.warc.gz
453,660,864
5,533
16,442
http://www.imurenge.com/readnews.php?id=333
text/html
2012-12-15T20:54:49
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "lug_Latn" ]
[ 0.9751, 0.0249, 0 ]
CALIFORNIA, AMERIKA - I New York, muri Amerika, hari ikiganiro ca televiziyo gisha kimaze iminsi mike gitangiye gukorera ku mugaragaro. Iki kiganiro ntigisanzwe, yuko citiriwe inomero 666. Izi zikaba inomero za ya nyamanswa “Antikristo”, nkuko byanditswe mu gitabo c’Ibyahishuwe 13:18. Iki kiganiro rero kikaba carahawe izina rya 666 Park Avenue. Amakuru dukesha urubuga rwa Wikipedia rwandika amateka y’ibintu n’abantu, avuga yuko iki kiganiro ca televiziyo catangijwe n’Umunyamerika witwa David Wilcox. Iki kiganiro kije gisanga igitabo naco ciswe iri zina (666 Park Avenue); iki gitabo kikaba caranditswe n’uwitwa Gabriella Pierce. Wikipedia ikomeza ivuga yuko iki kiganiro catangiye bitewe n’umuryango wabungiye mu mazu y’ahitwa i Manhattan, muri New York. Uyu muryango umaze kugera muri ayo mazu wabungiyemo, ngo waje kumenya yuko abantu batuye muri ico gipango barimo imbaraga z’amadayimoni. Mu kwezi kwa mbere, ku minsi 20, uyu mwaka, televiziyo y’i New York yitwa ABC yasabye ko itambutsa bimwe mu biganiro bya 666 Park Avenue. Mu kwezi kwa gatanu, ku minsi 11, muri uyu mwaka wa 2012, nibgo ikiganiro cuzuye catambukijwe ku mugaragaro. Tubibutse yuko abakinyi bagize iki kiganiro, hafi ya bose batuye muri ya mazu twavuze haruguru atuyemo abantu barimo amadayimoni. Ikirangantego (logo) cabo n’ikiyoka citwa dragon, nkuko byanditswe mu gitabo c’Ibyahishuwe 13:4. Biravugwa yuko iki kiganiro gifite umugambi mubi wo kugurisha imitima y’abantu bose bazapanga mu mazu yabo kwa Satani. Ibi ntabgo ari ibihuha, ahubgo n’ibintu byamaze gutangira gukora ku mugaragaro kandi biranditswe ku mbuga za interinete zitandukanye. Usomye urubuga rwitwa Beginningandend.com, mu nkuru yabo yanditswe mu kwezi kwa 6, ku minsi 14, 2012, bavuga yuko iki kiganiro ca televiziyo kije gutegura inomero za ya nyamanswa, ariyo antikristo. Ngaba abakinyi bo muri iki kiganiro. Witegereje hasi aho bahagaze, urahabona ifoto ya ca kiyoka (dragon) kivugwa mu Byahishuwe 13:4 Ntabgo ari muri Amerika gusa iki kiganiro kizerekanywa. Nkuko Wikipedia yakomeje kubitangaza, biteganyijwe yuko bimwe mu bihugu bikomeye kw’isi bigiye gutangira kucerekana. Muri ibi bihugu, harimo Australiya. Iki kiganiro catangiye gutambuka kuri televiziyo yitwa Fox8 muri kuno kwezi kwa 10, ku munsi umwe, 2012. Ahandi biteganyijwe ko kizerekanywa, ni muri Canada kuri televiziyo yitwa Citytv. Ahandi ni mu Bgongereza, bikaba biteganyijwe ko kizotangira gutambuka kuri televiziyo yitwa ITV2. Ibihe byimperuka byabaye. Abezwa bakomeze bezwe, n’abandura nabo bakomeze bandure. Nkuko byanditswe mu gitabo c’Ibyakozwe n’intumwa 2:17, nta bgoba ku basenga Imana yuko byanditswe ko Imana izatanga imbaraga ku bayisenga mu minsi y’imperuka, mu gihe abakozi ba Satani nabo bazaba bakataje mu byabo. Habgirwa benshi, hakumva bene yo! Fidele Sebahizi Guhera ubu, abakunzi ba Imurenge.com murashobora gutangira gukurikirana ijambo ry'Imana ritambuka ku Gicaniro buri munsi w'iposho n'uw'iyinga. Igicaniro n'igitaramo gikorerwa k'umurongo wa telefone muri Amerika. Urashobora gutegera aya miga ibumoso bgawe ahanditse ngo "Ku Gicaniro". Yesu Kristo abahe umugisha.
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "epo_Latn", "run_Latn" ]
allowed
995add83d0d52795eeaf9bbafe796c87
keep
[]
[ 7.7, 8.9, 10, 9.6, 10, 9.9, 10, 5, 5.2 ]
./WIDE-20120914205820-crawl410/WIDE-20120914205820-00002.warc.gz
380,031,762
5,281
18,445
http://umuseke.com/?m=201103
text/html
2012-09-14T22:20:52
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "lug_Latn" ]
[ 0.9533, 0.0467, 0 ]
Top10: Ni ibiki byahindutse ku mupira w'amaguru ku rwego mpuzamahanga? Muribuka igihe ikipe y'igihugu cy'ubutaliani yari ifite ba rutahizamu bakomeye?, igihe se abazamu bo mu gihugu cya Brezil bavaga! Ese ... Mu gihe mu mpera z'iki cyumweru shampiona yari bukomeze bakina imikino yo kwishyura ku munsi wa 12 gusa kubera ko ikipe y'igihugu y'abatarengeje imyaka 23 izaba ifite umukino uzayihuza na ... Ibyemezo bifatirwa mu nama njyanama, bikwiye kumenyeshwa abo bifatirwa hakiri kare kugira ngo bidateza ibibazo kandi binafashe abayobozi kuzuza inshingano baba batorewe. Ariko na none hari abaturage bagezwaho ibyemezo, ntibabyemere ... Kwimuka kw’ishuri ry’itangazamakuru n’itumanaho riva Kaminuza nkuru y’u Rwanda mu karere ka Huye rijya mu mujyi wa Kigali ni kimwe mu byemezo by’inama y’abaminisitiri yateranye kuri uyu wa 30 Werurwe ... Icyiciro cya kabiri ku munsi wa7:Union fc yihanangirije Rwamagana Ku mikino yakinwaga ku munsi w'ejo muri shampiona y'icyiciro cya kabiri aho bari bageze ku munsi wa 7 wa shampiyona, ikipe ya ... Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu James musoni arakangurira abatuye akarere ka Kirehe mu ntara y’iburasirazuba gufata neza ibikorwa remezo, bakarushaho kubibyaza umusaruro kugirango barusheho kwiteza imbere. Ibi yabitangaje kuri uyu wa kabiri ubwo ... Imibonano mpuzabitsina imwe munzira yo kunoza umubano Imibonanano mpuzabitsina ntikwiye kuba ikibazo mu muryango, ngo ahubwo ikwiye kuba igisubizo ku bayikora kuko mu gihe idakozwe mu bwumvikane itera ibibazo mu muryango ... Abanyamakuru ba siporo bagiye kwibuka abasportifs bishwe muri Jenoside Ihuriro ry’abanyamakuru ba sport bakorera ibitangazamakuru byigenga mu Rwanda (RISPN) ryateguye igikorwa cyo kwibuka abakinnyi n’abakunzi b’umupira bishwe mu gihe cya Jenoside ... Abashyigikiye Colonel Mouammar Gadhafi bongeye kwigarurira umugi wa Ras Lanouf, nyuma yaho uyu mugi wari uherutse kwigarurirwa n’abamurwanya nkuko tubikesha AFP. Uyu mugi wa Ras Lanouf, ukungahaye cyane ku mariba ya ... Ishami rya IBUKA mu bubirigi rirashaka ikigega ku indishyi za gacaca. Mu nzu ikorerwamo n’inteko ishinga amategeko y’Uburayi iri Buruseli mu Bubiligi hateraniye inama yigaga kuri Jenocide yakorewe abatutsi mu Rda ... Next Page »
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "eng_Latn" ]
allowed
86756762a1ba730aa97081ddc1d8e5f3
keep
[]
[ 5.2, 6.7, 10, 9.7, 10, 10, 10, 0, 0 ]
./WIDE-20121018010226-crawl410/WIDE-20121018013219-02347.warc.gz
569,255,969
10,953
50,416
http://umuseke.com/?p=38158
text/html
2012-10-18T02:46:01
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "lug_Latn" ]
[ 0.9988, 0.0012, 0 ]
Mu mukino ubanza wa 1/2 cy’irangiza hagati ya APR FC yari yakiriye Rayon Sport kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo, Rayon yahatsindiwe ibitego 3 kuri 1, amahirwe yo kugera ku mukino wa nyuma asigara ari macye cyane. Mu mukino wari wahuruje imbaga y’abafana bari buzuye iyi Stade, ku munota wa kabiri gusa w’umukino Lionel Saint Preux yahise abonera APR igitego, igice cya mbere kirangira gityo. Mu gice cya kabiri amakipe yombi yakomeje gushakisha ibitego gusa ku munota wa 63 ku makosa y’abakinnyi bo hagati ba Rayon, Papy Faty yabacenze maze asunikira neza Kabange Twite nawe ntiyazuyaza gutera mu izamu biba bibiri. Ku munota wa 71 Papy Faty nawe yahawe neza umupira n’umurundi mugenzi we Selemani maze atsinda igitego cya gatatu ku burangare bwa ba myugariro ba Rayon Sport. Gusa mbere y’uko umukino urangira Rayon Sport yabonye igitego kuri ‘coup franc’ yatewe n’umurundi Hamiss Cedric umukino urangira utyo. Gutsindwa kwa Rayon Sport, yari yakiriwe na APR, kwabaye ihurizo rikomeye ku gusezerera APR mu mukino wo kwishyura ubwo Rayon, ifanwa na benshi, izaba isabwa gutsinda APR nibura 2-0 kugirango igerere kuri Final y’iki gikombe cyayiha ticket yo gusohokera u Rwanda mu mikino y’amakipe yabaye aya mbere iwayo muri Africa. Ibi ariko benshi mu bafana ba Rayon babibona nk’inzozi kuko nyuma y’uyu mukino batsinzwe, bavuga ko no muwo kwishyura ikipe yabo ntacyo yaberetse cyabizeza gusezerera mukeba wabo APR ku cyumweru tariki 1 Nyakanga mu mukino wo kwishyura. Mu wundi mukino wa 1/2 Police yari yanganyije na AS Kigali 0 – 0 kuwa gatatu tariki 27, umukino wo kwishyura wazo uteganyijwe kuwa gatandatu tariki 30 Kamena. Umukino wa nyuma wa MTN peace cup uteganyijwe ku munsi mukuru wa tariki 4 Nyakanga ubwo u Rwanda ruzaba rwizihiza isabukuru y’imyaka 50 rwigenga na 18 rwibohoye. Imikino itanu yaherukaga guhuza aya makipe: 26/06/10 Rayon Sports 2 – 0 APR 13/03/11 Rayon Sports 2 – 3 APR 08/06/11 APR 1 – 1 Rayon Sports 23/10/11 Rayon Sports 2 – 2 APR 29/04/12 APR 3 – 2 Rayon Sports 28/06/12 Rayon Sports 1 – 3 APR Photos/Bugingo F UMUSEKE.COM erega rayon rwose wikwiruhiriza ubusa ntaho uzajya!!!! APR OYEEEEEEEEEEEEEEEEEEEE!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!! INSTINZI OYEEEEEEEEEEEEEEEEEE!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "zho_Hant", "zho_Hant", "zho_Hant", "zho_Hant", "zho_Hant", "zho_Hant", "zho_Hans", "cat_Latn", "run_Latn" ]
allowed
cea050ae7487678d1258d2c71c7f13bd
keep
[]
[ 6, 9.2, 10, 9.1, 8.9, 9.3, 10, 2, 0 ]
./WIDE-20121015033446-crawl335/WIDE-20121015041303-02434.warc.gz
953,802,007
6,801
23,461
http://izuba.org.rw/i-767-a-34130.izuba
text/html
2012-10-15T05:24:43
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "kik_Latn" ]
[ 0.9837, 0.0163, 0 ]
Imikino Raoul Shungu ategerejwe iKigali kuri uyu wa kabiri Raoul Shungu, umutoza w’ikipe ya Vita Club yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo wungirije wigeze no gutoza Rayon sports ategerejwe i Kigali kuri uyu wa kabiri tariki 02 Ukwakira 2012 kugira ngo agirane ibiganiro na Rayon ndetse asinye amasezerano muri iyi kipe. Raul ubu atoza ikipe ya Vita club ariko amasezerano yari afite muri iyi kipe yararangiye ni nayo mpamvu ashobora kongera gutoza Rayon. Ikinyamakuru Izuba Rirashe cyavuganye na Gakwaya Olivier, Umunyamabanga Mukuru wa Rayon sports avuga ko ubundi uyu mutoza yagombaga kugera i Kigali mu mpera z’iki cyumweru gishize, ariko yabanje kunyura i Goma. Olivier yagize ati “ Raoul dufite icyizere ko ashobora kongera kuba umutoza wacu ni nayo mpamvu twamuhamagaye ngo tuganire turebe ko yasinya amasezerano ndetse bidahindutse ashobora kurara mu Rwanda kuri uyu wa kabiri.” Ikinyamakuru Izuba Rirashe kiganira na Raoul Shungu mbere y’uko ahaguruka i Kinshasa, yagitangarije ko n’ubundi yari afite gahunda yo kuza mu Rwanda n’umudamu we mu biruhuko, ariko bikaza guhurirana n’iyi gahunda ya Rayon sports. Shungu yemeza ko nibaramuka bumvikanye n’ubuyobozi azongera gutoza iyi kipe kuko asanzwe ayikunda. Nyuma ya 2009, Shungu yatoje Lupopo na Vita Club zo muri Kongo. Uyu mutoza niwe ufite ibigwi kurusha abandi batoza muri iyi kipe kuko yatwaye ibikombe 17 ayitoza mu myaka itandukanye. Rayon imaze gukina imikino itatu ya shampiyona nta n’umwe itsinda akaba ari nayo mpamvu ubuyobozi bwifuza gusimbuza abatoza kuko ikipe ifite amateka mu Rwanda yari igeze mu bihe bikomeye byo kuba mu myanya y’inyuma. Raul Shungu yaherukaga gutoza Rayon mu mwaka wa 2009
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn" ]
allowed
dbab06a7106dde5b5f43579066cb8bde
keep
[]
[ 7.1, 8.6, 10, 10, 10, 10, 10, 2, 0 ]
./WIDE-20121119154215-crawl417/WIDE-20121119165939-06982.warc.gz
484,254,427
7,679
31,315
http://www.inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1210170506
text/html
2012-11-19T17:22:13
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "lug_Latn" ]
[ 0.9908, 0.0092, 0 ]
Abafana ba Rayon Sport basubijwe ku kibazo cy'umutoza Nyuma yo gutangira nabi shampiyona uyu mwaka, umutoza wungirije Mbarushimana Abdou agasezera ku mirimo ye, abafana b’ ikipe ya Rayon Sport bari bamaze iminsi basaba ubuyobozi bwabo umutoza mushya kandi wubatse izina basubijwe. Ibyifuzo byabo byasubijwe rero kuko kuri uyu wa gatatu taliki ya 17 Ukwakira umutoza w’Umufaransa Didier Gomez aza gusesekara I Kigali ndetse akazahita atangira imirimo. Nk’uko bitangazwa n’umunyamabanga mukuru wa Rayon Sport, Olivier Gakwaya impande zombi zamaze kumvikana igisigaye ni ugushyira mu bikorwa amasezerano. Ikipe ya Rayon Sport kandi yashyizeho Thierry Hitimana wigeze kuyitoza nk’uzajya akurikiranira hafi ibikorwa by’ikipe. Uyu mutoza afite akazi katoroshye ko kuzamura ikipe ya Rayon Sport ihagaze ku mwanya wa 12 mugihe itarahura n’amakipe akomeye. Didier Gomez azafatanya n’umutoza Ally wari usanzwe ayitoza. Umukino wa mbere azareberaho ikipe uzaba mu mpera z’iki cyumweru aho Rayon Sport izacakirana na Police FC mu mukino wa shampiyona. Ese noneho umutoza w’umuzungu mwebwe mubona ariwe uzakemura ikibazo Rayon Sport ifite cyatumye ibura intsinzi mu ntangiriro za shampiyona? Rutaganda Ponny.
[ "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "scn_Latn" ]
allowed
f8114cd2138539358d65c6570d785ac2
keep
[]
[ 6.9, 8.6, 10, 10, 10, 10, 10, 0, 0 ]
./WIDE-20121119154215-crawl417/WIDE-20121119165939-06982.warc.gz
556,582,060
7,311
30,519
http://www.inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1210180903
text/html
2012-11-19T17:22:59
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "lug_Latn" ]
[ 0.9756, 0.0244, 0 ]
Umukinnyi wa Filime Emmanuelle yitabye Imana Umukinnyi ukomeye mu ruhando rwa sinema, Sylvia Kristel benshi bamenye ku izina rya Emmanuelle yitabye Imana mu ijoro ryakeye azize indara ya kanseri. Uyu mukinnyikazi yaguye mu buriri ubwo yari aryamye nkuko byatangajwe na Features Creative Management. Emmanuelle yahitanwe na kanseri yo mu muhogo akaba yari amaze iminsi itari mike yivuza ariko biranga. Uyu nyakwigendera apfuye asize umwana umwe w’umuhungu witwa Arthur yabyaranye n’umwanditsi w’ibitabo witwa Hugo Claus. Ku myaka 22, hari mu mwaka w’1974 nibwo uyu mukinnyi yakunzwe cyane muri filimi Emmanuelle ari nayo abantu benshi bamwitiriye kubera kuyikinamo Iyi filimi yamenyekanye cyane mu bihugu bitandukanye nk’Ubuyapani, Amerika ,mu Bufaransa n’ahandi. Source:7sur7 Munyengabe Murungi Sabin.
[ "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "fra_Latn", "jav_Latn" ]
allowed
beccc634bafbf280fdb9fc9a77b9ce39
keep
[]
[ 5, 6.2, 10, 10, 10, 10, 10, 0, 0 ]
./WIDE-20121102011927-crawl419/WIDE-20121102015324-04628.warc.gz
310,414,780
11,687
63,081
http://www.igihe.com///imikino/football/?debut_gh_news=48
text/html
2012-11-02T02:03:18
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "lug_Latn" ]
[ 0.9985, 0.0015, 0 ]
Mu muhango uteganyijwe kubera Accra muri Ghana ku itariki 20 Ukuboza, hatangazwa abakinnyi mu ngeri zitandukanye bitwaye neza muri Ruhago... Umukinnyi w’umupira w’amaguru muri Rayon Sports Khamiss Cedric wari warahagaritswe kongera gukina bisabwe n’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ry’u... Umutoza w’umupira w’amaguru mu cyiciro cya mbere Ntagwabira Jean Marie watozaga Rayon Sports yahanishijwe guhagarikwa imyaka 5 mu bikorwa byose bya... Urutonde rugaragaza uko umupira w’amaguru uhagaze mu bihugu bigize Ishyirahamwe mpuzamahanga ry’umupira w’amaguru ku isi (FIFA) rwasohotse kuwa... Mu irushanwa ryo guhatanira igikompe cy’amakipe y’umupira w’amaguru yabaye aya mbere iwayo ku mugabane w’u Burayi(UEFA), Arsenal yatsinze... Umutoza w’Iikipe y’Igihugu Amavubi Srejedovic Milutin uzwi ku izina rya Micho aratangazako nta mukinnyi n’umwe ukina hanze y’u Rwanda ku mugabane w’u... Mu rwego rwo kwagura amarembo no kumenyekanisha ibikorwa by’umupira w’amaguru mu Rwanda, Murangwa Eugene alias Belle wahoze ari umunyezamu wa Rayon... Umukinnyi wigize kuba icyamamare mu mupira w’amaguru mu gihugu Burundi no mu Rwanda Kubi Banga Lewis yishwe mu mpera z’icyumweru gishize yishwe... Ku munsi wa gatandatu wa shampiyona y’umupira w’amaguru mu Bwongereza ku i tariki ya 29 Nzeri 2012 Chelsea yatsinze Arsenal ibitego bibiri kuri... Mu mukino wo gusoza amarushanwa mu bigo bya Leta na za Minsiteri, yabanjirijwe n’umukino wahuje ikipe y’umupira w’amaguru y’Abaminisitiri n’abakozi... Ubwo Ikipe y’u Rwanda y’abatarengeye imyaka 17 yavaga mu mikino yanyuma y’igikombe cy’Isi yabereye muri Amerika y’Amajyepfo mu gihugu cya Mexique,... Ruhago y’Abanyamerika izwi ku izina rya “American football “, yatangiye gukinirwa mu Rwanda. Americana Football yatangiye gukinirwa mu Ishuri... Mark Clattenburg wasifuye umukino wavugishije byinshi abafana b’amakipe ya Chelsea na Manchester United, ashobora gutakaza uburenganzira bwo... Ikipe ya Chelsea, yareze umusifuzi Mark Clattenburg wasifuye umukino yakinnye na Manchester United imushinja gukoresha ’imvugo idakwiye’ ku... Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku Isi (FIFA), ku wa 29 Ukwakira 2012 ryashyize ahagaragara urutonde rw’abakinnyi 23 bazatorwamo umukinnyi wa... Niyonzima Haruna yanze kongera amasezerano mu ikipe ya Yanga Africans akinira mu cyiciro cya mbere mu gihugu cya Tanzania kubera ko ngo ashobora... Umukinnyi w’umupira w’amaguru mu ikipe ya Barcelona n’ikipe y’Igihugu ya Argentine Lionel Messi aratangaza ko atifuza kugira indi kipe yazajya... Mu mukino wari utegerejwe na benshi mu gikombe cya Carling Cup ubu cyabaye Capital One Cup, Chelsea yihimuye kuri Manchester United iyitsinda 5... Mu irushanwa ry’igikombe cy’amakipe yabaye aya mbere iwayo ku mugabane w’u Burayi (UEFA Champions league ) amakipe akomeye i arimo guhura n’uruva... Mu mukino wo ku munsi wa 7 wa shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda(Primus National Footbal League), Kiyovu Sports yakomeje guhagarara ku mwanya... Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Afurika (CAF) ryashyize ahagaragara amatsinda amakipe azakiniramo mu irushanwa ry’ibihugu bya afurika (CAN... Amakipe abafana ba ruhago baba bategereje ari benshi mu Rwanda, nta n’imwe yabashije kubashimisha ngo itahane amanota atatu yo ku munsi wa... Kubera umukino w’amahirwe wo gutegera insinzi z’amakipe hagamijwe gutombora amafaranga igihe utsinze, abafana b’amwe mu makipe y’umupira w’amaguru... Umutoza w’ikipe ya Chelsea mu Bwongereza Roberto Di Matteo, n’ubu aratangaza ko Lee Mason wasifuye umukino Chelsea yongeraga guhura na Manchester... Ikipe ya Chelsea, yareze umusifuzi Mark Clattenburg wasifuye umukino yakinnye na Manchester United imushinja gukoresha ’imvugo idakwiye’ ku... Mark Clattenburg wasifuye umukino wavugishije byinshi abafana b’amakipe ya Chelsea na Manchester United, ashobora gutakaza uburenganzira bwo... Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku Isi (FIFA), ku wa 29 Ukwakira 2012 ryashyize ahagaragara urutonde rw’abakinnyi 23 bazatorwamo umukinnyi wa... Mu mukino wo ku munsi wa 7 wa shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda(Primus National Footbal League), Kiyovu Sports yakomeje guhagarara ku mwanya... Mu mukino wari utegerejwe na benshi mu gikombe cya Carling Cup ubu cyabaye Capital One Cup, Chelsea yihimuye kuri Manchester United iyitsinda 5... Umukinnyi w’umupira w’amaguru mu ikipe ya Barcelona n’ikipe y’Igihugu ya Argentine Lionel Messi aratangaza ko atifuza kugira indi kipe yazajya... Nyuma y’aho KBS ifitanye amasezerano n’ikipe ya Etincelles FC batumiye abafana ndetse n’umuririmyi Jay Polly ngo abasusurutse bamwe barivumbuye ngo... Umutoza w’ikipe ya Chelsea mu Bwongereza Roberto Di Matteo, n’ubu aratangaza ko Lee Mason wasifuye umukino Chelsea yongeraga guhura na Manchester... Amakipe abafana ba ruhago baba bategereje ari benshi mu Rwanda, nta n’imwe yabashije kubashimisha ngo itahane amanota atatu yo ku munsi wa... Mu mikino yo kwitegura kwizihiza isabukuru y’imyaka 25 umuryango wa FPR Inkotanyi umaze uvutse, Umurenge wa Kicukiro watsinze utababariye Umurenge... Niyonzima Haruna yanze kongera amasezerano mu ikipe ya Yanga Africans akinira mu cyiciro cya mbere mu gihugu cya Tanzania kubera ko ngo ashobora... Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) n’uruganda rwega ibinyobwa (BRALIRWA), basinyanye amasezerano mashya yo gutera inkunga...
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn" ]
allowed
f48ec3c1a26f705495f945a483d0694f
keep
[]
[ 5.2, 9.6, 10, 9.1, 9.1, 10, 7.6, 0, 0 ]
./WIDE-20121102011927-crawl419/WIDE-20121102015324-04628.warc.gz
333,900,938
11,820
63,213
http://www.igihe.com///imikino/football/?debut_gh_news=84
text/html
2012-11-02T02:05:02
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "hau_Latn" ]
[ 0.9993, 0.0007, 0 ]
Nyuma y’aho mu Rwanda abataza b’umupira w’amaguru barenganga imbibe z’u Rwanda ari mbarwa, ku itariki 05 Nzeri 2012 hatangiye amahugurwa yo kuzamura... Biravugwa ko ikipe ya Rayon Sports yasabye mukeba wayo APR ko bakina umukino wa gicuti mu rwego rwo gukusanya inkunga igenewe ikigega Agaciro.... Nyuma y’aho Sembagare Chrysostome wabaye umukinnyi rurangiranwa mu Ikipe ya Rayon Sports mu myaka yo hambere, agiriye ikibazo cyo kuvunika... Umusore w’umunyarwanda w’imyaka 17, Mugabo Alfred ukinira ikipe ya Arsenal, ubu yatangiye gukinira Arsenal y’abatarengeje imyaka 21. Muri... Intara y’Uburasirazuba hashize igihe kinini inengwa kuba itagira ikipi iyiserukira mu mupira w’amaguru. Ubu hamaze gufatwa icyemezo ko muri uyu... Igikombe gikuru cy’u Burayi (Super coupe) cyaraye cyegukanywe na Atletico Madrid mu ijoro ryo kuri uyu wa 31 Kanama 2012 nyuma yo kunyagira ku... Mu bakinnnyi batatu b’ibihangange mu mupira w’amaguru bari bahanganye gutorwamo uwegukana igihembo cy’ umukinnyi wahize abandi mu 2011-2012 i... Umukinnyi rutahizamu w’umupira w’amaguru wa Liver Pool Andy Carroll, unakinira ikipe y’igihugu cy’u Bwongereza, yatijwe ikipe ya West Ham yo mu... Igisanzwe kimenyerewe ni uko mbere y’uko shampiyona itangira, Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA), ryateguraga imikino itegura... Mu mukino waraye ubereye ku kibuga cya Real Madrid, mu rwego rwo guhatanira igikombe cya Espagne kiruta ibindi (Spanish super cup), Real Madrid... Umukinnyi wa Manchester United, Wine Rooney azamara amezi abiri atagaragara mu kibuga nyuma yo gukomerekera mu mukino na Fullham wo kuri uyu wa... Kuri uyu wa 24 Kanama 2012 Royon Sport yatsinzwe n’ikipe ya Yanga Africans ibitego 2-0 mu mu kino wa gishuti wabereye kuri Stade Amahoro i Kigali.... Mark Clattenburg wasifuye umukino wavugishije byinshi abafana b’amakipe ya Chelsea na Manchester United, ashobora gutakaza uburenganzira bwo... Ikipe ya Chelsea, yareze umusifuzi Mark Clattenburg wasifuye umukino yakinnye na Manchester United imushinja gukoresha ’imvugo idakwiye’ ku... Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku Isi (FIFA), ku wa 29 Ukwakira 2012 ryashyize ahagaragara urutonde rw’abakinnyi 23 bazatorwamo umukinnyi wa... Niyonzima Haruna yanze kongera amasezerano mu ikipe ya Yanga Africans akinira mu cyiciro cya mbere mu gihugu cya Tanzania kubera ko ngo ashobora... Umukinnyi w’umupira w’amaguru mu ikipe ya Barcelona n’ikipe y’Igihugu ya Argentine Lionel Messi aratangaza ko atifuza kugira indi kipe yazajya... Mu mukino wari utegerejwe na benshi mu gikombe cya Carling Cup ubu cyabaye Capital One Cup, Chelsea yihimuye kuri Manchester United iyitsinda 5... Mu irushanwa ry’igikombe cy’amakipe yabaye aya mbere iwayo ku mugabane w’u Burayi (UEFA Champions league ) amakipe akomeye i arimo guhura n’uruva... Mu mukino wo ku munsi wa 7 wa shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda(Primus National Footbal League), Kiyovu Sports yakomeje guhagarara ku mwanya... Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Afurika (CAF) ryashyize ahagaragara amatsinda amakipe azakiniramo mu irushanwa ry’ibihugu bya afurika (CAN... Amakipe abafana ba ruhago baba bategereje ari benshi mu Rwanda, nta n’imwe yabashije kubashimisha ngo itahane amanota atatu yo ku munsi wa... Kubera umukino w’amahirwe wo gutegera insinzi z’amakipe hagamijwe gutombora amafaranga igihe utsinze, abafana b’amwe mu makipe y’umupira w’amaguru... Umutoza w’ikipe ya Chelsea mu Bwongereza Roberto Di Matteo, n’ubu aratangaza ko Lee Mason wasifuye umukino Chelsea yongeraga guhura na Manchester... Ikipe ya Chelsea, yareze umusifuzi Mark Clattenburg wasifuye umukino yakinnye na Manchester United imushinja gukoresha ’imvugo idakwiye’ ku... Mark Clattenburg wasifuye umukino wavugishije byinshi abafana b’amakipe ya Chelsea na Manchester United, ashobora gutakaza uburenganzira bwo... Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku Isi (FIFA), ku wa 29 Ukwakira 2012 ryashyize ahagaragara urutonde rw’abakinnyi 23 bazatorwamo umukinnyi wa... Mu mukino wo ku munsi wa 7 wa shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda(Primus National Footbal League), Kiyovu Sports yakomeje guhagarara ku mwanya... Mu mukino wari utegerejwe na benshi mu gikombe cya Carling Cup ubu cyabaye Capital One Cup, Chelsea yihimuye kuri Manchester United iyitsinda 5... Umukinnyi w’umupira w’amaguru mu ikipe ya Barcelona n’ikipe y’Igihugu ya Argentine Lionel Messi aratangaza ko atifuza kugira indi kipe yazajya... Nyuma y’aho KBS ifitanye amasezerano n’ikipe ya Etincelles FC batumiye abafana ndetse n’umuririmyi Jay Polly ngo abasusurutse bamwe barivumbuye ngo... Umutoza w’ikipe ya Chelsea mu Bwongereza Roberto Di Matteo, n’ubu aratangaza ko Lee Mason wasifuye umukino Chelsea yongeraga guhura na Manchester... Amakipe abafana ba ruhago baba bategereje ari benshi mu Rwanda, nta n’imwe yabashije kubashimisha ngo itahane amanota atatu yo ku munsi wa... Mu mikino yo kwitegura kwizihiza isabukuru y’imyaka 25 umuryango wa FPR Inkotanyi umaze uvutse, Umurenge wa Kicukiro watsinze utababariye Umurenge... Niyonzima Haruna yanze kongera amasezerano mu ikipe ya Yanga Africans akinira mu cyiciro cya mbere mu gihugu cya Tanzania kubera ko ngo ashobora... Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) n’uruganda rwega ibinyobwa (BRALIRWA), basinyanye amasezerano mashya yo gutera inkunga...
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn" ]
allowed
67b80aed608beb4a6414f5387d2c44b9
keep
[]
[ 5.3, 9.7, 10, 9.2, 9.6, 10, 7.5, 0, 0 ]
./WIDE-20121102011927-crawl419/WIDE-20121102015324-04628.warc.gz
358,711,158
11,911
63,513
http://www.igihe.com///imikino/football/?debut_gh_news=120
text/html
2012-11-02T02:08:24
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "lug_Latn" ]
[ 0.9987, 0.0013, 0 ]
Nyuma y’uko umutoza Ntagwabira Jean Marie ateguye ikiganiro n’abanyamakuru kirambuye ku bijyanye n’ubuzima bwe mu ikipe ya Rayon Sport, ubuyobozi... Nyuma y’imyaka igera kuri ibiri nk’umutoza w’Amavubi y’abatarengeje imyaka 17, ndetse n’uw’abatarengeje 20, Umufaransa Richard Tardy FERWAFA yamugize... APR FC yaraye yegukanye igikombe cy’Amahoro ku nshuro yayo ya karindwi nyuma yo gutsinda Police FC ibitego 2-1, mu mukino wa nyuma w’icyo gikombe... Kuwa Gatanu tariki ya 29 Kamena 2012 mu Mujyi wa Dar es Salaam ho muri Tanzaniya, habereye tombora y’uko amakipe azahura mu irushanwa rya CECAFA... Nyuma yo gusezerera u Budage bwahabwaga amahirwe n’abakunzi b’umupira w’amaguru benshi kubera umukino w’imbaraga n’ubuhanga, u Butaliyani bwaraye... Ikipe y’umupira w’amaguru y’u Butaliyani yaraye itsinze ibitego bibiri kuri kimwe I y’u Budage maze ihita yibonera itike yo kuzahura na Espagne mu... Ikipe y’Umupira w’Amaguru ya Espagne yaraye ibonye itike yo kuzakina umukino wa nyuma w’Igikombe cy’Uburayi cya 2012 (Euro 2012), ubwo yatsindaga... Igikombe cy’Amahoro kigeze muri kimwe cya kabiri cy’irangiza, aho kuri uyu wa Gatatu Tariki 27 Kamena 2012 ikipe ya Police FC yakinnye umukino... Kuri uyu wa mbere tariki ya 25, Lydia Nsekera Umurundikazi usanzwe ayobora Oshyirahamwe ry’Uumupira w’Amaguru mu Burundi guhera mu mwaka wa 2004,... Diego Armanda Maradona yemeza ko Christiano nyuma yo kugeza ikipe y’igihugu ya Portugal (Seleccao) muri kimwe cya kabiri, akwiriye kubakirwa... Ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza yamaze gusinyisha kontaro y’igihe kirekire umukinnyi w’umufaransa Olivier Giroud w’imyaka 25 wakiniraha... Umukinnyi Didier Drogba wari umaze iminsi itanu gusa asinyanye amasezerano ku mugaragaro n’ikipe y’umupira w’amaguru yo mu Bushinwa « Shanghai... Mark Clattenburg wasifuye umukino wavugishije byinshi abafana b’amakipe ya Chelsea na Manchester United, ashobora gutakaza uburenganzira bwo... Ikipe ya Chelsea, yareze umusifuzi Mark Clattenburg wasifuye umukino yakinnye na Manchester United imushinja gukoresha ’imvugo idakwiye’ ku... Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku Isi (FIFA), ku wa 29 Ukwakira 2012 ryashyize ahagaragara urutonde rw’abakinnyi 23 bazatorwamo umukinnyi wa... Niyonzima Haruna yanze kongera amasezerano mu ikipe ya Yanga Africans akinira mu cyiciro cya mbere mu gihugu cya Tanzania kubera ko ngo ashobora... Umukinnyi w’umupira w’amaguru mu ikipe ya Barcelona n’ikipe y’Igihugu ya Argentine Lionel Messi aratangaza ko atifuza kugira indi kipe yazajya... Mu mukino wari utegerejwe na benshi mu gikombe cya Carling Cup ubu cyabaye Capital One Cup, Chelsea yihimuye kuri Manchester United iyitsinda 5... Mu irushanwa ry’igikombe cy’amakipe yabaye aya mbere iwayo ku mugabane w’u Burayi (UEFA Champions league ) amakipe akomeye i arimo guhura n’uruva... Mu mukino wo ku munsi wa 7 wa shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda(Primus National Footbal League), Kiyovu Sports yakomeje guhagarara ku mwanya... Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Afurika (CAF) ryashyize ahagaragara amatsinda amakipe azakiniramo mu irushanwa ry’ibihugu bya afurika (CAN... Amakipe abafana ba ruhago baba bategereje ari benshi mu Rwanda, nta n’imwe yabashije kubashimisha ngo itahane amanota atatu yo ku munsi wa... Kubera umukino w’amahirwe wo gutegera insinzi z’amakipe hagamijwe gutombora amafaranga igihe utsinze, abafana b’amwe mu makipe y’umupira w’amaguru... Umutoza w’ikipe ya Chelsea mu Bwongereza Roberto Di Matteo, n’ubu aratangaza ko Lee Mason wasifuye umukino Chelsea yongeraga guhura na Manchester... Ikipe ya Chelsea, yareze umusifuzi Mark Clattenburg wasifuye umukino yakinnye na Manchester United imushinja gukoresha ’imvugo idakwiye’ ku... Mark Clattenburg wasifuye umukino wavugishije byinshi abafana b’amakipe ya Chelsea na Manchester United, ashobora gutakaza uburenganzira bwo... Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku Isi (FIFA), ku wa 29 Ukwakira 2012 ryashyize ahagaragara urutonde rw’abakinnyi 23 bazatorwamo umukinnyi wa... Mu mukino wo ku munsi wa 7 wa shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda(Primus National Footbal League), Kiyovu Sports yakomeje guhagarara ku mwanya... Mu mukino wari utegerejwe na benshi mu gikombe cya Carling Cup ubu cyabaye Capital One Cup, Chelsea yihimuye kuri Manchester United iyitsinda 5... Umukinnyi w’umupira w’amaguru mu ikipe ya Barcelona n’ikipe y’Igihugu ya Argentine Lionel Messi aratangaza ko atifuza kugira indi kipe yazajya... Nyuma y’aho KBS ifitanye amasezerano n’ikipe ya Etincelles FC batumiye abafana ndetse n’umuririmyi Jay Polly ngo abasusurutse bamwe barivumbuye ngo... Umutoza w’ikipe ya Chelsea mu Bwongereza Roberto Di Matteo, n’ubu aratangaza ko Lee Mason wasifuye umukino Chelsea yongeraga guhura na Manchester... Amakipe abafana ba ruhago baba bategereje ari benshi mu Rwanda, nta n’imwe yabashije kubashimisha ngo itahane amanota atatu yo ku munsi wa... Mu mikino yo kwitegura kwizihiza isabukuru y’imyaka 25 umuryango wa FPR Inkotanyi umaze uvutse, Umurenge wa Kicukiro watsinze utababariye Umurenge... Niyonzima Haruna yanze kongera amasezerano mu ikipe ya Yanga Africans akinira mu cyiciro cya mbere mu gihugu cya Tanzania kubera ko ngo ashobora... Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) n’uruganda rwega ibinyobwa (BRALIRWA), basinyanye amasezerano mashya yo gutera inkunga...
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn" ]
allowed
e37e42f22428f0d74d3430d979d3486a
keep
[]
[ 5.1, 9.7, 10, 9.1, 9.1, 10, 7.5, 0, 0 ]
./WIDE-20121102011927-crawl419/WIDE-20121102015324-04628.warc.gz
388,793,199
11,317
60,566
http://www.igihe.com///imikino/football/?debut_gh_news=1536
text/html
2012-11-02T02:10:54
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "hau_Latn" ]
[ 0.9984, 0.0017, 0 ]
Mu gice cya mbere twababwiye uko amwe mu makipe akomeye asa nkaho yajegejwe kubera kubura bamwe mu bakinnyi bari bayafatiye runini. Muri iki... Nyuma y’igihe gito avuye muri Manchester United akajya muri Real Madrid, uyu mukinnyi waciye agahigo ko kugurwa amafaranga menshi kurusha abandi... Ibi ntibisanzwe ariko birashoboka, umukinnyi ukina umukino wa golf Tiger Woods , ukomoka mu gihugu cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu minsi... Nyuma y’Aho umukino wahuzaga Misiri na Zmbiya urangiriye, abafana n’abanyagihugu ba Algeria nta kindi cyari mu mutwe wabo uretse amanota atatu.... Mu gihe Amavubi yakinaga muri Africa dore imikino yakomezaga. Algeria 3:1 (2:1) Rwanda - Ese ubu amakipe ahagaze ate muri iri tsinda ? Mu mukino wahuzaga Algeria n’Amavubi mu mikino yo guhatanira itike yo kujya mu gikombe cy’isi... Umukino wahuzaga Amavubi na Algeria urarangiye. Amavubi atsinzwe ibitego bitatu kuri kimwe. Abasore b’amavubi bakaba bagerageje gukina neza... 75 ’ Umukino ukaba usa nkaho wagabanyije umuvuduko, nyuma y’aho Algeria isimburije ariko ku ruhande rw’Amavubi bikaba bisaba izindi mbaraga kugira... Amwe mu makipe amaze kubona itike ya nyuma yo kujya mu gikombe cy’isi. Dore uko bimeze. Aziya 11 ku mpande zombi Algeria imaze gutangaza 11 bayo biteguye guhangana n’amavubi mu kanya. Gaouaoui, Halliche, Bougherra, Yahia,... Umukino wahuzaga Zambiya na Misiri umaze kurangira aho Misiri imaze gutsindira Zambiya i wayo igitego kimwe ku busa. Ibi biraha ikipe y’Amavubi... 1. Imikino 15 yanogeye ijisho kurusha iyindi mu mikino ya nyuma y’igikombe cy’isi. USSR - Belgium 1986 Mark Clattenburg wasifuye umukino wavugishije byinshi abafana b’amakipe ya Chelsea na Manchester United, ashobora gutakaza uburenganzira bwo... Ikipe ya Chelsea, yareze umusifuzi Mark Clattenburg wasifuye umukino yakinnye na Manchester United imushinja gukoresha ’imvugo idakwiye’ ku... Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku Isi (FIFA), ku wa 29 Ukwakira 2012 ryashyize ahagaragara urutonde rw’abakinnyi 23 bazatorwamo umukinnyi wa... Niyonzima Haruna yanze kongera amasezerano mu ikipe ya Yanga Africans akinira mu cyiciro cya mbere mu gihugu cya Tanzania kubera ko ngo ashobora... Umukinnyi w’umupira w’amaguru mu ikipe ya Barcelona n’ikipe y’Igihugu ya Argentine Lionel Messi aratangaza ko atifuza kugira indi kipe yazajya... Mu mukino wari utegerejwe na benshi mu gikombe cya Carling Cup ubu cyabaye Capital One Cup, Chelsea yihimuye kuri Manchester United iyitsinda 5... Mu irushanwa ry’igikombe cy’amakipe yabaye aya mbere iwayo ku mugabane w’u Burayi (UEFA Champions league ) amakipe akomeye i arimo guhura n’uruva... Mu mukino wo ku munsi wa 7 wa shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda(Primus National Footbal League), Kiyovu Sports yakomeje guhagarara ku mwanya... Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Afurika (CAF) ryashyize ahagaragara amatsinda amakipe azakiniramo mu irushanwa ry’ibihugu bya afurika (CAN... Amakipe abafana ba ruhago baba bategereje ari benshi mu Rwanda, nta n’imwe yabashije kubashimisha ngo itahane amanota atatu yo ku munsi wa... Kubera umukino w’amahirwe wo gutegera insinzi z’amakipe hagamijwe gutombora amafaranga igihe utsinze, abafana b’amwe mu makipe y’umupira w’amaguru... Umutoza w’ikipe ya Chelsea mu Bwongereza Roberto Di Matteo, n’ubu aratangaza ko Lee Mason wasifuye umukino Chelsea yongeraga guhura na Manchester... Ikipe ya Chelsea, yareze umusifuzi Mark Clattenburg wasifuye umukino yakinnye na Manchester United imushinja gukoresha ’imvugo idakwiye’ ku... Mark Clattenburg wasifuye umukino wavugishije byinshi abafana b’amakipe ya Chelsea na Manchester United, ashobora gutakaza uburenganzira bwo... Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku Isi (FIFA), ku wa 29 Ukwakira 2012 ryashyize ahagaragara urutonde rw’abakinnyi 23 bazatorwamo umukinnyi wa... Mu mukino wo ku munsi wa 7 wa shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda(Primus National Footbal League), Kiyovu Sports yakomeje guhagarara ku mwanya... Mu mukino wari utegerejwe na benshi mu gikombe cya Carling Cup ubu cyabaye Capital One Cup, Chelsea yihimuye kuri Manchester United iyitsinda 5... Umukinnyi w’umupira w’amaguru mu ikipe ya Barcelona n’ikipe y’Igihugu ya Argentine Lionel Messi aratangaza ko atifuza kugira indi kipe yazajya... Nyuma y’aho KBS ifitanye amasezerano n’ikipe ya Etincelles FC batumiye abafana ndetse n’umuririmyi Jay Polly ngo abasusurutse bamwe barivumbuye ngo... Umutoza w’ikipe ya Chelsea mu Bwongereza Roberto Di Matteo, n’ubu aratangaza ko Lee Mason wasifuye umukino Chelsea yongeraga guhura na Manchester... Amakipe abafana ba ruhago baba bategereje ari benshi mu Rwanda, nta n’imwe yabashije kubashimisha ngo itahane amanota atatu yo ku munsi wa... Mu mikino yo kwitegura kwizihiza isabukuru y’imyaka 25 umuryango wa FPR Inkotanyi umaze uvutse, Umurenge wa Kicukiro watsinze utababariye Umurenge... Niyonzima Haruna yanze kongera amasezerano mu ikipe ya Yanga Africans akinira mu cyiciro cya mbere mu gihugu cya Tanzania kubera ko ngo ashobora... Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) n’uruganda rwega ibinyobwa (BRALIRWA), basinyanye amasezerano mashya yo gutera inkunga...
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "srd_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "nus_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn" ]
allowed
a8a8266251bc162bea60478e6b2c6a40
keep
[]
[ 5.2, 9, 10, 9.2, 10, 10, 7.8, 0, 0 ]
./WIDE-20121018041245-crawl410/WIDE-20121018041826-02357.warc.gz
675,080,160
9,782
46,448
http://umuseke.com/?p=33011
text/html
2012-10-18T05:07:56
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "hau_Latn" ]
[ 0.9965, 0.0035, 0 ]
Ku cyumweru tariki 29 Mata nibwo ririya rushanwa ryo gusiganwa ku magare ryashojwe ku nshuro ya 7 ryakinwaga. Umwanya wa mbere wegukanywe n’umufaransa Charteau Anthony, umwaze kuritwara inshuro 3 yikurikiranya. Mu iri rushanwa riterwa inkunga na President Bongo, ikipe ya Team Rwanda muri rusange ikaba yaraje ku mwanya wa 7 mu mkaipe 14. Iya mbere yabaye Eurocar yakurikiwe na MTN Qhubeka ikinwamo na Adrien Niyonshuti. Team Rwanda yaje ku mwanya wa 3 mu makipe y’ibihugu bya Afurika yitabiriye iri rushanwa. Ku rutonde rwa nyuma, Abraham Ruhumuriza niwe munyarwanda waje imbere ku mwanya wa 12, akurikirwa na Rudahunga Emmanuel (22), Habiyambere Nicodem (30), Byukusenge Nathan (33), Hadi Jamvier (42) na Biziyaremye Joseph wa 50 mu bakinnyi 74 barangije. Ikipe y’igihugu iragera mu Rwanda kuri uyu wa mbere tariki 30 Mata 2012 saa moya na mirongo ine n’itanu z’umugoroba. Abakinnyi 5 ba mbere 1. CHARTEAU Anthony 2. RUSSOM Meron 3. JELLOUL ADIL 4. UMERBEKOV Nikita 5. GENE Yohan Muri iri rushanwa ni ubwambere umukinnyi w’umunyafrica Meron Russom (Eritrea) yambaye Maillot Jaune kuva mu 2006 iri rushanwa ryatangira. Abafaransa nibo bihariye iri rushanwa kuko bamaze kuritwara inshuro 6 muri 7 rimaze gukinwa. UMUSEKE.COM
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "nus_Latn", "zho_Hans", "jav_Latn", "quy_Latn", "ceb_Latn", "run_Latn", "cat_Latn" ]
allowed
c1ebbfb0b35c4247bd835fadf228f245
keep
[]
[ 7.2, 10, 10, 9.7, 10, 9.3, 10, 0, 0 ]
./WIDE-20121010111227-crawl339/WIDE-20121010114126-01578.warc.gz
792,514,662
4,544
13,919
http://orinfor.gov.rw/printmedia/news.php?type=rw&volumeid=709&cat=6&storyid=16029
text/html
2012-10-10T12:12:12
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "lug_Latn" ]
[ 0.9542, 0.0458, 0 ]
Nyuma y’imikino 6 akina abanzamo, umukinnyi w’umunyarwanda wabigize umwuga, Nirisarike Salomon ukina muri Antwerp FC mu cyiciro cya 2 mu Bubiligi yagize imvune izatuma amara ibyumweru 2 adakandagira mu kibuga. Ku cyumweru taliki ya 23 Nzeri 2012, nibwo Nirisarike yarakinnye umukino we wa gatandatu abanza mu kibuga. Uyu mukino Antwerp FC yakinnye na Vise umukino ukarangira ari ibitego 2-2, umukinnyi Nirisarike akaba yaragize ikibazo mw’itako ku kuguru kw’ibumoso(Déchirure) ku munota wa 82 w’umukino ariko ngo yumva nta kibazo gikomeye kirimo ndetse anarangiza n’umukino. Ku munsi w’ejo kuwa mbere taliki ya 24 Nzeri 2012 nibwo uyu mukinnyi yagiye kwa muganga basanga bidakanganye cyane ariko bamuha ikiruhuko cy’iminsi 14 akazagaruka ameze neza nta kibazo. Nirisarike yagize ati “ Nagize ikibazo mu mukino ariko numva bidakanganye cyane nkina umukino ndawurangiza, bucyeye nibwo numvise bikomeye nuko bajyana kwa muganga basanga bidakanganye cyane ariko bampa ikiruhuko cy’ibyumweru 2”. N’ubwo yagize ikibazo cy’imvune ariko Nirisarike Salomon atangaza ko yumva amerewe neza muri Antwerp FC. Uyu musore akaba yaranatangiye neza dore ko Antwerp FC muri iyi minsi irimo kwitwara neza aho mu mikino 6 imaze gukina yose Nirisarike akaba yarayikinnye abanzamo, yatsinzwe umukino 1 inganya 3 itsinda 2. Ku italiki ya 23 Kanama 2012, Antwerp FC yatsinze Eendracht Aalst ibitego 2-0, umukino wakurikiyeho ku italiki ya 29 Kanama 2012, Anatwerp FC yatsinzwe na Dessel Sport ibitego 5-0, umukino wa 3 Antwerp FC yakinnye na Heist yabashije gutsinda ibitego 2-1, Antwerp FC mu mukino wa 4 wabaye ku italiki ya 08 Nzeri 2012 yanganyije na Lomme United igitego 1-1, Antwerp FC yongeye kunganya na Mouscron-Peruwelz igitego 1-1, naho umukino wa 6 ari nawe Nirisarike yagiriyemo akabayo nabwo yanganyije na Vise ibitego 2-2, uyu mukino ukaba warabaye ku italiki ya 23 Nzeri 2012. Nirisarike azasiba imikino ibiri Nisarike Salomon adakize mbere y’igihe yahawe na muganga azasiba imikino ibi harimo uwo Antwerp FC izakina na Brussels ku cyumweru taliki ya 30 Nzeri 2012 ndetse n’uzaba ku cyumweru taliki ya 07 Ukwakira 2012 aho Antwerp FC izaba yagiye gusura Boussu Dour Borinage. Nirisalike akaba ashobora kugaruka mu kibuga ku italiki ya 13 Ukwakira 2012 ku mukino w’umunsi wa 9 aho Antwerp FC izaba ikina na Tubize akaba azanahura n’umundi munyarwanda Mulisa Jimmy ukina muri iyi kipe.
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn" ]
allowed
e6c6dbdc7a022889afe7064e4bf359a6
keep
[]
[ 8.3, 10, 10, 10, 10, 9.3, 10, 3, 6.8 ]
./WIDE-20121024025314-crawl410/WIDE-20121024033512-03331.warc.gz
212,435,392
12,162
57,383
http://umuseke.com/?p=22403
text/html
2012-10-24T03:49:20
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "lug_Latn" ]
[ 0.9781, 0.0219, 0 ]
Kuri uyu wa gatatu kuri Sitade Amahoro habereye umukino wa shampiyona y’ikiciro cya mbere mu Rwanda, ukaba wahuzaga amakipe y’ibigugu mu Rwanda na Rayon Sport n’iya Kiyyovu FC urangira ziguye miswi 1-1. Ni umukino uhora witezwe ikiwuvamo n’abafana b’amakipe yombi kubera ubukeba bw’aya makipe makuru mu Rwanda bumaze imyaka myinshi. Tugarutse ku mukino nyirizina watangiye ku i saa 18h15 z’umugoroba, ikipe ya Rayon ku rupapuro ikaba yasaga n’ifite amahirwe kurusha Kiyovu, bikaba byagaragazwaga n’umubare w’abafana ba Rayon bari babukereye. Ikipe ya Rayon Sport yibeshyaga ko ikomeye kurusha Kiyovu (Over confidence), yatangiye igaragaza ko ishoboye mu gice cya mbere nyamara uburyo bwo gutsinda Hamiss Cedric na Bokota Labama babonye babupfusha ubusa, abafana bati : « Kiyovu ifite ‘umuganga’ » ukuramo ibitego. Ikipe ya Kiyovu yari imaze kubona intege nke za Rayon Sport mu kubona izamu, yakomeje kwihagararaho igice cyambere kirangira aro 0-0. Bidatinze mu gice cya Kabiri cy’umukino Kiyovu yabonye igitego cya Djabil Mutarambirwa, ku makosa y’abakinnyi bugarira izamu batabashije gukiza umupira wari uvuye ku ruhande, ugasubizwamo na Shyaka Jean bawugarura Gjabil agasubizamo neza. Ikipe ya Rayon yakomeje gushakisha igitego cyo kwishyura biba iby’ubusa. Ku munota w’inyengera wa 93 muri 5 yari yongeweho, Nizigiyimana Karim (Makenzi) yateye Coup franc ashaka abakinnyi b’imbere, haba akavuyo imbere y’izamu rya Kiyovu, Said Abed Makasi umupira umugeraho atera mu rushundura, Stade yari imaze umwanya icecetse uretse ahitwa muri 15 (mubayovu) irahaguruka. Umupira urangira nta gihindutse. Umutoza Ntagwabira Jean Marie ageze ahakomeye muri Rayon ? Igisubizo ni yego. Mu makipe akomeye agira abafana benshi nk’aba Rayon Sport usanga baba biteguye gutsinda imikino ikomeye. Mu bihe nk’ibi rero abafana ba Rayon nk’uko amajwi yumvikanye mu ndirimbo baririmbaga ku kibuga bati : « Turarambiwe… », Buri wese yibazag aicyo barambiwe. Ikipe ya Rayon kuba itatsinze umukino wa Kiyovu wanone ndetse n’uwumwaka ushiz. Ikaba kandi itaratsinze mukeba wundi APR FC, yaba ariyo ntandaro kuri bamwe mu bafana bari aho yo kuririmba ko barambiwe. Umutoza Jean Marie Ntagwabira urebye ibyo bigugu akaba aba Rayon bari bamutegerejeho kubihangamura. Nyuma y’uyu mukino, Ntagwabira yavuze ko ababaye cyane kuba adatsinze Kiyovu, ariko impamvu ari imyitozo micye ku ikipe ye, bitewe n’abakinnyi babanzamo bamwe bahageze habura igihe giton go uyu mukino ube. Yemeje ko ariko noneho ubu bagiye kwisubiraho kuko ibyaburaga nk’agashahara k’abakinnyi ubu byongeye gukemuka. Naho Kayiranga Baptista we ati : « Ikibaye cyose nshima Imana, narinzi ko uyu mukino ndi buwutsinde, ariko mu kibuga habaho kunganya, gutsinda no gutsindwa, kimwe rero nicyo cyatubayeho » Indimikino uko yagenze: Nyanza FC 1-2 Mukura VS Espoir FC 1-1 Marines FC Police FC 3-0 AS Kigali Etincelles FC 1-2 La Jeunesse Kuri uyu wa Kane: Amagaju FC 1-1 APR FC Uko amakipe akurikiranye byagateganyo HATANGIMANA Ange Eric UMUSEKE.COM URAVUGA ABAFANA SE UGENDEYE KUKI?NTA GIHE NA KIMWE RAYON YEREKANYE KO IFITE GAHUNDA NGO ABAFANA BAYITERERANE AHUBWO AMATIKU AHORA HAGATI YA ALBERT N’IMENA NTACYO AZAGEZA KURI RAYON. Ruzibiza yego rata, uko bangana niyo bayiha 10 buri muntu abakinnyi bose bahemberwa igihe, ariko kuvuga gusa ni ibibazo Igihe cyose Rayon Sport izaba ifite ikibazo cyo kudahemba abakinyi bayo kugihe ntizashobora kwitwara neza n’ubwo yaba ifite umutoza wambere kw’isi. Ikindi kandi abafana ba rayon sport ntibakijujute kandi ntacyo bamariye ikipe yabo mukuyiter’inkunga.
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "ast_Latn", "eng_Latn", "ltz_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "swe_Latn", "cat_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn" ]
allowed
359b79af89cf03513f12742dfc486923
keep
[]
[ 7.6, 9.2, 10, 10, 10, 10, 10, 2, 0 ]
./WIDE-20121016231722-crawl420/WIDE-20121016234150-02806.warc.gz
185,620,007
8,928
39,059
http://www.umuvugizi.com/?cat=17
text/html
2012-10-17T00:00:47
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "lug_Latn" ]
[ 0.8394, 0.1607, 0 ]
Muri raporo nshya y’umuryango uharanira uburenganzira bw’ikiremwamuntu, Amnesty International, uyu muryango uremeza ko inzego z’ubutasi za gisirikare z’u Rwanda zikunze kwitwa J2, zafunze ku buryo bunyuranyije n’amategeko abantu barenga icumi, zitabuze no kubakoreraho ibikorwa by’iyicarubozo. Iyi raporo, yiswe mu rurimi rw’igifaransa, Rwanda : Dans le plus grand secret. Détention illégale et torture aux mains du service de [...] Amakuru agera ku Umuvugizi yemeza ko nyuma y’aho zimwe mu mpuguke za Loni zihereye Leta y’u Rwanda za gihamya zerekana ko rufite ingabo muri Kongo, noneho rugeze aho rwerura rukiyemerera ko rufite ingabo muri Kongo, ko ndetse rugiye no kuzikurayo. Ibi bibaye nyuma y’aho bamwe mu mpuguke ba Loni bahaye za gihamya intumwa za perezida Kagame, [...] Ku wa 17 nyakanga 2012, Idriss Gasana Byiringiro, wiga mu ishuri ry’itangazamakuru mu Rwanda, akaba yimenyerezaga umwuga we mu kinyamakuru «Chronicles», yafashwe na polisi ngo kubera ko «yabeshye inzego z’u Rwanda zishinzwe iperereza». Ubutegetsi bumurega inkuru yasohotse muri iki kinyamakuru, inkuru ngo yaba yarabeshyemo ko ngo yaba yarahohotewe, akanashimutwa. Ubu aracyafungiwe kuri polisi ya Kicukiro, akaba atarasurwa [...] Abantu bose bakoresha itumanaho ryo mu Rwanda, batangiye kujya bacibwa amafaranga igihe bitabye telefoni zo hanze, kandi ibyo bigakorwa no ku banyamahanga bitabye telefoni zo mu mahanga bari mu Rwanda, nk’uko byatangiye ku italiki ya 1 Nyakanga 2012. Abafatabuguzi mu masosiyete y’itumanaho yo mu Rwanda (Tigo na Rwandatel), batarubikwaho uruskyo n’ikigo ngenzuramikorere cya Leta (RURA), [...] Amakuru agera ku Umuvugizi aravuga ko ejo hashize uwari umugaba w’ingabo zirwanira ku butaka, Général Ceaser Kayizari yakuwe kuri uyu mwanya. Kugeza ubu twandika iyi nkuru, nta kandi kazi aragenerwa . Amakuru akomeje kutugeraho ni uko Ceaser Kayizari yahise asimburwa na Major-Général Kamanzi Mushyo. Andi makuru atugeraho ni uko maneko wari ushinzwe ibikorwa by’ubutasi [...] Aimable Rubagenga alias Emmanuel Habiyambere yafatiwe mu mugi witwa Örebro ku wa 14 gicurasi uyu mwaka. Kuva icyo gihe yari agifunzwe by’agateganyo kubera icyaha yakekwagaho cyo kuneka impunzi z’abanyarwanda zituye mu gihugu cya Suwede. Umushinjacyaha yamuregaga ko kuva muri kamena 2010 kugeza muri gicurasi 2011 ari bwo icyaha cyo kuneka, yagikoze. Rubagenga ubu ufite imyaka [...] Amakuru agera ku Umuvugizi kandi aturutse ahantu hizewe, yemeza ko maneko wa Kagame, Habiyambere Emmanuel, wari warihinduye umurundi ubwo yakaga ubuhungiro muri Suwede, azashyikirizwa urukiko rw’ahitwa Örebro mu byumweru bibiri bitaha, kugirango yisobanure ku byaha aregwa, ibyaha by’ubutasi mu gihugu cyamuhaye ubuhungiro. Amakuru akomeje kutugeraho yemeza ko kw’itariki ya 11 z’ukwezi kwa karindw 2012, ari [...] Amakuru agera ku Umuvugizi yemeza ko nyuma y’aho ambasade y’u Rwanda muri Canada iteguriye ingando zitandukanye zagombaga guhuza urubyiruko rw’u Rwanda rutuye muri Canada, inzego z’umutekano za Canada zigakurikiranira hafi iby’izo ngando, noneho urwego rw’ubutasi rw’u Rwanda (NSS) mu magambo y’icyongereza, rwafashe icyemezo cyo gutoreza izo ntore za Kagame mu Rwanda. Amakuru atugeraho kandi aturutse [...] Amakuru agera ku Umuvugizi aturutse mu nzego z’ubutasi za perezida Kagame yemezako perezida Kagame yahaye inshingano Gen Kabarebe hamwe na Gen Jack Nziza zo gushakisha abasirikare bari hafi na perezida Kabila bakagenda babagura mu ibanga . Ibi bakaba babikora bakoresheje bamwe mu bacuruzi bakorana na Gen Jack Nziza hamwe na Kabarebe bakorera muri Kongo . [...] Amakuru agera ku Umuvugizi kandi aturutse ahantu hizewe, yemeza ko maneko za Kagame zikorera muri ambasade y’u Rwanda mu Bwongereza, zirimo gutegura uko zakwiyegereza abanyarwanda hamwe n’Abongereza, zibinyujije mu mutaka w’abashoramari. Iyi nama yiswe Diaspora Investment Conference, mu magambo y’icyongereza, ikaba iteganyijwe kubera mu Bwongereza nyine kw’itariki ya 23/06/2012, ikaba igomba no guhuza Abanyarwanda hamwe [...]
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn" ]
allowed
d3b5c42b42a6712eac4db1e61475b0ad
keep
[]
[ 6.9, 8.1, 10, 9.5, 10, 10, 10, 8, 0 ]
./WIDE-20121028195947-crawl410/WIDE-20121028205038-04034.warc.gz
934,467,469
13,014
63,337
http://umuseke.com/?p=44657
text/html
2012-10-28T21:50:00
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "sna_Latn" ]
[ 0.9374, 0.0626, 0 ]
Imyaka yari ibaye itanu Rayon Sport idakora ku kitwa igikombe, mu gihe yitegura gusubira imuhira, i Nyanza, yaraye yegukanye igikombe cy’irushanwa ryo gushyigikira ikigega ‘Agaciro Development Fund’ itsinze ikipe ya Mukura Victory Sport. Mu mukino wa nyuma waberaga kuri Stade Amahoro, ku munota wa 59 Rayon Sport yabonye igitego kimwe cyatsinzwe na rutahizamu Papy Kamanzi wari umaze gucenga abinyuma n’umuzamu ba Mukura VS. Ikipe ya Mukura n’ubwo nta mahirwe menshi yabonye yo gutsinda nka Rayon, macye babonye umuzamu Nzarora Marcel wa Rayon basanganga ahagaze neza cyane. Rayon Sport izerekeza gutura mu mujyi wa Nyanza ku ivuko ryayo kuri uyu wa kabiri tariki 18 Nzeri, izamanukana iki gikombe inakimurikire abafana bayo, dore ko icyo iheruka kwegukana ari igikombe cyo kwizihiza imyaka 100 y’umujyi wa Kigali mu 2007, nabwo itsinze Mukura ibitego 3 – 0. Mu kwa 11/2007 ubwo uyu mukino wabaga, Hategekinama Aphrodis bita Kanombe yatsidiye Rayon Sports ibitego mukinnyi akaba no kuri iki cyumweru tariki 16 Nzeri 2012 ari mu babanje mu kibuga ku ruhande rwa Rayon Sport. Kuri uriya munsi mu 2007 umuhanzikazi w’icyamamare Yvonne Chaka Chaka wo muri Africa y’Epfo yari yaje kwifatanya na Kigali kwizihiza imyaka 100 ibayeho. Iri rushanwa ryasojwe ryarimo amakipe 10 kuri iki cyumweru, ryakusanyije amafaranga arenga gato miliyoni 5 z’amanyarwanda, aya mafaranga akaba ashyikirizwa Ministeri ifite Imikino mu nshingano nayo ikayageza ku nzego zibishinzwe nk’inkunga ivuye mu irushanwa ry’umupira w’amaguru. Muri iyi week end kandi hakaba kandi haratangiye irushanwa rya Basketball rizasozwa muri week end itaha ryateguwe na FERWABA , rigamije naryo gutera inkunga ikigega cy’Agaciro Development Fund. Kugeza ubu, iki kigega kimaze gukusanya inkunga y’abanyarwanda igera kuri miliyari 17 z’amanyarwanda. By’umwihariko irushnwa Rayon Sport yegukanye, kwinjira ku mikino buri muntu, usibye abasifuzi n’abakinnyi, yishyuraga igiciro cyagenwe, ari nayo nkunga igenewe kiriya kigega. Rayon Sport ikaba itahanye ishema (igikombe) i Nyanza, nyuma y’igihe kinini itagikoraho. Biteganyijweko iyi kipe izahaguruka i Nyabugogo kuri uyu wa 18 saa tanu z’amanywa, ikazakirwa mu birori n’abakunzi bayo saa cyenda kuri Stade ya Nyanza. UMUSEKE.COM tukwifurije ibihe byiza ku ivuko ryacu erega wari ukenewe mumajyepho yose n’ubundi gikundiro waratinze pe tukuri inyuma Iruhuko ridashira kuba fana batuvuyemo,gusa byari byiza nyuma yuko hari abatabarutse bazize impanuka za moto Oh Rayon GIKUNDIRO,tumaze kuyakirana ibyishimo ku gicumbi cy’umuco byari ibirori kuri twese. Rayon niyisubirire kwisambu gusa yagiye ikigali none isubiye kwisambu nanone ifite ibibazo nahanyagasani naho ibibazo byagasenyi ninkibyabanyaparesitina. ndabona ari everton Rayon oye! Nimwige ukuntu abafana hasi mu Ntara y’amajyepfo babashyikiriza inkunga (SMS, ….aBATURAGE HASI MU BYARO, KU MASHURI, … BARABAKENEYE KANDI BARABISHIMIYE Amazi arashyuha ntiyibagirwa iwabo wa mbeho. Urugendo ruhire musubira ku isoko. Imana ibaherekeze mugereyo amahoro. Naho ubundi itsinzi iratangiye. Big up Rayon Sport. iyo umujyi ukunaniye urataha nyine Ni uko bitangira!!!!!!!! ARIKO MUZAJYA MUJYANA UDUKOMBE TWUBUSHERA NIMURANGIZA MUBUZE ABANTU GUSINZIRA.CYAKORA TUGIZE IMANA TURABAKIZE IMANA ISHIMWE MUJYE MUSAKURIZA I NYANZA.IBYO NIBYO MWIVUGIRA NKABAFANA NGO TUBITEGE MURI CHAMPIONA MURABIZI NTITUJYA TURWARA UMUTIMA.AKO GAKOMBE NIKO GATUMYE MUVUA IBINTU BIMEZE GUTYO.MUZAGIRE URUGENDO RWIZA NKUBUGALI NISOSI. erega ni equipe imanutse gusa abafana ntaho bagiye.tuzanjya dutsinda dukore ibirori ikigki ni nyanza KOMEZA UTSINDE (Ariko atari bimwe bya Close). TSINDA WE BATSINDE (x2). MUTWITEGE MURI SHAMPIYONA SHA! NDASHIMIRA MAYOR WA NYANZA ABUDALLA UDUKUYE AHO UMUHINZI YAUYE INYONI. Ooh Rayon tukuri inyuma. Mbega byiza weeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeee iyo umujyi ukunaniye urataha
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "cat_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "azj_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn" ]
allowed
70ed4385d409669786a558a06f6fa030
keep
[]
[ 5.5, 6.6, 10, 10, 10, 10, 10, 2, 0 ]
./WIDE-20121108210002-crawl419/WIDE-20121108221137-05343.warc.gz
811,021,018
14,897
56,823
http://www.igihe.com/ikoranabuhanga/internet/uko-imbuga-za-internet-zihagaze-mu-rwanda-igice-cya-i.html
text/html
2012-11-08T23:16:59
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "kik_Latn" ]
[ 0.9794, 0.0206, 0 ]
Mu gihe iterambere ryihuta cyane ku Isi, ubu noneho imbuga za internet zabaye ubucuruzi nk’ubundi bwose. U Rwanda kimwe n’ibindi bihugu bishyize imbere ubukungu mu bice byose ntabwo rwatanzwe mu guteza imbere imikorere ndetse na serivisi zitangwa n’imbuga za internet. Kugeza ubu mu Rwanda habarurwa imbuga za internet zisaga 800, muri zo harimo iz’ubucuruzi, iza Leta, iz’ibigo byikorere ku giti cyabyo, iz’Imiryango Mpuzamahanga, iz’amashuri ndetse n’ibindi. Mu rwego rwo guteza imbere serivisi zikorerwa kuri internet, twakoze ubushakashatsi bwimbitse ku imbuga za internet zo mu Rwanda. Muri iki gice cya mbere turaza kwibanda mu kuvuga imbuga za internet zo mu Rwanda muri rusange, cyane cyane dutanga isura y’izi mbuga. Urubuga rwa mbere turaheraho ni IGIHE.com. Uru rubuga rukaba ari rwo rubuga rwa mbere rw’u Rwanda rusurwa kurusha izindi. Imibare yerekana ndetse ko ushyizemo n’imbuga mpuzamahanga zisurwa n’abanyarwanda, uru rubuga ruri ku mwanya wa 6 mu gusurwa cyane mu Rwanda. Nyuma y’abari mu Rwanda, nk’uko bigaragara mu mibare, abantu benshi barusura baturuka mu bihugu bya Mozambique, u Bubiligi ndetse na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Bifata igihe kingana n’amasegonda 3.6 kugirango uru rubuga rufunguke (icyo bita Average Load Time mu ndimi z’amahanga). Ugereranyije n’izindi mbuga za Internet ku Isi, uyu mwanya bisaba ngo uru rubuga rufunguke uracyari munini. Uru rubuga rukora itangazamakuru ndetse no kwamamaza mu ndimi z’Ikinyarwanda, Icyongereza n’Igifaransa. Urubuga rwa kabiri ni urwa New Times. Uru rubuga ruza ku mwanya wa 2 mu gusurwa cyane mu Rwanda. Ubariyemo n’izindi mbuga za internet mpuzamahanga zisurwa mu Rwanda, ruza ku mwanya wa 8. Akarusho uru rubuga rufite ni uko arirwo rubuga rufunguka vuba kurusha izindi zose zo mu Rwanda ; bisaba gusa amasengonda 3.14 kugirango rufunguke. Rusurwa cyane n’abantu bari mu Rwanda, Kenya ndetse na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Uru rubuga rukora itangazamakuru ndetse no kwamamaza mu rurimi rw’Icyongereza gusa. Urubuga rwa gatatu ari narwo tugarukiraho uyu munsi ni Inyarwanda.com. Uru rubuga ruri ku mwanya wa 13 mu gusurwa cyane mu Rwanda (ubariyemo n’izindi mbuga za internet mpuzamahanga zisurwa mu Rwanda). Gufungura uru rubuga bifata amasegonda 4.07 ; bifata umwanya munini kuruta uw’imbuga ebyiri twavuze haruguru. Uru rubuga rusurwa cyane n’abantu bari mu Rwanda, u Buhinde ndetse na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Uru rubuga rukora itangazamakuru ry’ubuhanzi ndetse no kwamamaza mu rurimi rw’Ikinyarwanda. Ese izi imbuga za Internet mu Rwanda zitanga serivisi nziza nk’uko bikwiye ? Ese hari icyakorwa ngo serivisi zitanga ziyongere kandi zikomeze gufasha igihugu mu kuzamura ubukungu, uburezi n’imikorere myiza ? Ntimuzacikwe n’igice cya kabiri !
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn" ]
allowed
4ed159d677b4adce9bc2443e3c39a87e
keep
[]
[ 7.5, 9.1, 10, 9.7, 10, 10, 10, 5, 0 ]
./WIDE-20121012012142-crawl413/WIDE-20121012020249-00945.warc.gz
968,119,367
17,215
62,016
http://rn.wikipedia.org/wiki/Australiya
text/html
2012-10-12T02:22:03
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "tum_Latn" ]
[ 1, 0, 0 ]
Australiya Ubwenegihugu bwa Australiya n’intambwe ikomeye cane muri kahise kawe k’umwimukira. Ukuba umwenegihugu wa Australiya bimenyesha ko wiyemeje ko uzobandanya ivyo Australia iharanira n’ico iki gihugu kimaze. N’intango kandi yo kuba umunywanyi ashitse wa Australiya. N’intambwe izotuma uvuga uti "ndi Umunyaustraliya". [edit] Imisi ya mbere Abanyabulaya bimukira muri Australiya Ukwimuka kw’Abanyabulaya kwatanguye igihe ubwato 11 buzanye abaciriwe urubanza rwo gufungwa, buzwi nk’ubwato bwa mbere (First Fleet) bwashitse buvuye mu Bwongereza kw’italiki 26 Nzero 1788. Muri ico gihe amategeko y’abongereza yari akaze cane k’uburyo amafungiro atari agishobora kwakira abantu benshi nk’abo k’uvyaha vyabo. Kugira batorera umuti iyi ngorane, Leta y’Ubwongereza yaciye ifata umugambi wo gutwara abo banyororo mu kindi gice cisi: igihugu c’ubukoloni gishasha arico “New South Wales”. Bulamatali wa mbere w’ubwo bukoloni bwa New South Wales yitwa kapiteni Arthur Phillip. Yaratoreye umuti ingorane nyinshi mu gihe ca mbere Abanyabulaya bimuka. Ubwo bukoloni bwaratabarutse kandi buraterembere bubifashijwemwo n’abanyororo n’abimuka baza barashika, Iyo koloni yarakuze kandi iriteza imbere. Izindi koloni zaciye zishingwa mu bindi bice vy’igihugu. [edit] Igihugu ca Australiya Mu myaka yakurikiye, izo koloni uko zari zitandukanye zaciye ziharira ingene zoba igihugu kimwe. Mu 1901, amakoloni yose yaciye yiyunga agira igihugu kimwe bise Commonwealth of Australiya. Muri ico gihe, abantu ba Australiya bangana imiliyoni 4. Iki gitigiri ntiharimwo Benagataka. [edit] Intara n’ibice vyisunga intara vya Australiya Ico bita Commonwealth ni intara n’ibice vy’intara vyiyunze. Hari intara zitandatu n’ibice vy’intara bikuru bibiri. Canberra ni umurwa mukuru w’igihugu, intara yose n’igice gikukira intara ifise umurwa mukuru wayo. [edit] Umusi witiriwe Anzac Umusi wa Anzac uhimbazwa igenekerezo rya 25 ry’ukwezi kwa Ndamukiza buri mwaka. Uwo musi wa Anzac wahawe iryo zina inyuma yaho intwaramiheto za Australiya na New Zealand zashika Gallipoli muri Turukiya mugihe c’intambara y’isi yose ya 1 kw’igenekerezo rya 25 z’ukwezi kwa Ndamukiza 1915. Umusi wahariwe Anzac n’umusi twibuka ukwitanga kwa Abanyaustraliya bakoreye igihugu n’abandi baguye k’urugamba, tukibuka n’ingwano zabaye hamwe n’ibikorwa vyo kubungabunga amahoro. Dushimagiza kandi ukwitanga n’ubukerebutsi bw’abashingantahe n’apfasoni ba Australiya.
[ "hau_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn" ]
allowed
77412b6393c8314ec3878ce721cbc75a
keep
[]
[ 7.5, 10, 10, 9.6, 9.1, 10, 10, 6, 0 ]
./WIDE-20120919005221-crawl419/WIDE-20120919185513-00008.warc.gz
898,470,467
12,917
44,710
http://www.igihe.com/imikino/karate/karate-ikipi-y-u-rwanda-yitwaye-neza-muri-maroc.html
text/html
2012-09-19T20:29:55
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "kik_Latn" ]
[ 0.9744, 0.0256, 0 ]
Mu rwego rw’amarushanwa mpuzamahanga ku rwego rw’Afurika y’umukino wa Karate yaberaga mu gihugu cya Maroc, ikipe y’u Rwanda yitabiriye ayo marushanwa yitwaye neza. Ikipe y’u Rwanda ya Karate igizwe n’abakinnyi bagera kuri 11 yageze mu gihugu cya Maroc kuwa 05 Nzeri 2012. Amarushanwa nyir’izina akaba yabaye kuwa gatandatu tariki ya 8 no ku cyumweru tariki ya 09 Nzeri 2012. Ibirori bifungura amarushwanwa byatangiye saa kumi z’umugoroba (16h00 GMT), bikaba byari byitabiriwe n’abanyacyubahiro batandukanye, barimo Perezida w’Ishyirahamwe ry’umukino wa Karate ku rwego rw’Isi, Perezida w’Ishyirahamwe ry’umukino wa Karate muri Afurika, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri ya Siporo n’umuco. Ku munsi wa mbere w’amarushanwa abakinnyi b’u Rwanda bitwaye neza, aho benshi bagiye bakurwamo bageze kure. Gusa ntibyahereye aho kuko 2 muri bo begukanye imidari ya Bronze ; umudari wa mbere watwawe n’umusore Twajamahoro Sylvestre muri KATA ; uwa kabiri, wo ukaba warafashwe n’umukobwa witwa Kabera Rehema muri KUMITE. Imikino yakomeje ku cyumweru, aho amakipi y’ibihugu yahanganaga. Mu mukino wa KUMITE u Rwanda rwahuye na Cote d’Ivoire ku mukino wa mbere aho bakuwemo mu byukuri bagerageje mu mikino itanu batsinzwe itatu (3-2) (4-2) (1-0), baganya umwe (0-0) batsinda umwe (5-2). Naho muri KATA u Rwanda rwatsinzwe na Libya muri kimwe cya kabiri, Sudani itsindwa na Misiri. Ku mwanyawa gatatu u Rwanda rwahuye na Sudani ibatwara umudari wa bronze. Umwanya wa mbere wegukanwe na Misiri nyuma yo gutsinda Libiya. Nyuma y’amarushanwa, Ishyirahamwe ry’umukino wa Karate muri Afurika (UFAK) ryakoze urutonde rw’ibihugu rigendeye ku buryo abakinnyi bitwaye, u Rwanda ruza ku mwanya wa 9 mu bihugu 19 byari byitabiriye amarushanwa. Nk’uko uwari uhagarariye Itsinda ry’u Rwanda, Rurangayire Guy Didier yadutangarije, amarushanwa aheruka u Rwanda rwaje ku mwanya wa 15, ubu rukaba rwarateye intambwe. Yagize ati “ni ibyo kwishimirwa.” Muri ayo marushanwa igihugu cya Misiri (Egypte) ni cyo cyegukanye imidari ya Zahabu myinshi, muri rusange ibihugu by’abarabu bikaba ari byo byaje ku myanya y’imbere. Biragaragara ko abakinnyi b’u Rwanda icyo abandi babarusha ari ingufu, akamenyero mu marushanwa n’imyitozo ihagije. Twabamenyesha ko ikipe y’u Rwanda yitabiriye aya marushanwa yatewe ingabo mu bitugu n’abanyarwanda basanzwe baba mu gihugu cya Maroc bose b’abanyeshuri. Miss Rehema witwaye neza cyane, ndetse bigaragara ko umudari wa zahabu wamugarukiye mu kigaza, ugereranyije n’uko yitwaye dore ko uwamukuyemo ari we wawegukanye. Ibihugu 19 byitabiriye amarushanwa ni Congo Brazaville, Mali, Afurika y’Epfo, Senegal, Tchad, Tunisia, Algeria, Angola, Benin, Botswana, RDC, Cote d’Ivoire, Gabon, Libya, Egypte, Soudan, Cameroun, Rwanda na Maroc yateguye ayo marushanwa.
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "kin_Latn", "run_Latn", "kin_Latn", "run_Latn" ]
allowed
7342e1cc9ed826b86a71d309c4298b5e
keep
[]
[ 5.8, 8.1, 10, 9.2, 9.6, 9.9, 10, 1, 0 ]
./WIDE-20120919005221-crawl419/WIDE-20120919185513-00008.warc.gz
902,005,442
11,987
42,227
http://www.igihe.com/imikino/football/irushanwa-ry-amakipe-yabaye-ayambere-iwayo-i-burayi-riratangira-kuri-uyu-wa-kabiri.html
text/html
2012-09-19T20:30:32
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "hau_Latn" ]
[ 0.9951, 0.0049, 0 ]
Irushanwa rihuza amakipe y’umupira w’amaguru y’abaye ayambere iwayo ku mugabane w’u Burayi (UEFA) riratangira kuri uyu wa Kabiri tariki ya 18 Nzeri umwaka y’imikino 2012-2013. Amakuru dukesha BBC, avuga ko itsinda D ariryo rikomeye cyane kuburyo baryita iry’urupfu. Umukino uzahuza Real Madrid na Manchester City i Bernabeu muri Espagne niwo utegerejwe na benshi ,dore ko izi kipe arizo zibitse ibikombe bya shampiyona byo mu bihugu byabo. Kuri iki Cyumweru Jose Morinho yabwiye Ikinyamakuru The Sun ko yize neza imikinire ya Man City, ahamya ko iyi kipe atari iyo kujenjekerwa. Mu rwego rwo kubungabunga umutekano ku bibuga, inama ihuje Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Burayi n’Ubumwe bw’Uburayi n’abandi bafatanya bikorwa muri ruhago yabereye i Vienne muri Autriche kuwa 14 Nzeri 2012, mu kwitegura imigendekere myiza y’uyu mwaka w’imikino 2012-2013. Igikombe giherutse cy’iri rushanwa cyatwawe na Chelsea yo mu Bwongereza itsinze Bayern Munich yo mu Budage. Uko imikino iteganyijwe kuri uyu wa Kabiri : AC Milan izakina na Anderlecht Borussia Dortmund izakina na Ajax Din Zagreb izakina na FC Porto Malaga izakina na Zenit St P’sbg Montpellier izakina na Arsenal Olympiakos izakina na Schalke 04 Paris SG izakina na Dynamo Kiev Real Madrid izakina na Man City Iri rushanwa ritegurwa n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Burayi ryatangiye muri 1955, kuri ubu ribabirwa mo amakipe 32 Real Madrid niyo imaze guca agahigo ko kwegukana ibikombe byinshi (9) kugeza ubu.
[ "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "run_Latn", "swh_Latn", "swh_Latn", "glg_Latn", "smo_Latn", "swh_Latn", "hau_Latn", "hau_Latn", "swh_Latn", "run_Latn" ]
allowed
5a6fd5781a2bccd6090f4cb518e58ec2
keep
[]
[ 6.5, 8.2, 10, 10, 10, 9.7, 10, 1, 0 ]
./WIDE-20120919233639-crawl421/WIDE-20120920005223-00025.warc.gz
640,106,649
5,755
20,893
http://ferwafa.rw/amavubi
text/html
2012-09-20T02:19:37
wide6
[ "run_Latn", "kin_Latn", "hau_Latn" ]
[ 0.9847, 0.0151, 0 ]
National Teams Micho arateganya guhamagara abakinnyi babigize umwuga - Tuesday, 18 September 2012 - Webmaster Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi Srejedovic Milutin Micho ari gukurikirana abakinnyi b’Abanyarwanda bakina ku mugabane w’Iburayi babigize umwuga.Last Updated on Tuesday, 18 September 2012 14:05 Read more... Tardy afite ikizere cyo kugeza Amavubi U-17 i Morocco 2013 - Sunday, 02 September 2012 - Webmaster Umutoza w’ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 17, Richard Tardy afite ikizere ko u’Rwanda ruzagera mu mikino yanyuma y’igikombe cy’afurika nubwo abasore be batsinzwe na Nigeria mu mikino ya gicuti.Read more... Bayisenge yatangiye imyitozo; Mubumbyi yahamagawe; Nirisarike aragera mu Rwanda kuwa mbere - Thursday, 02 August 2012 - Webmaster Kapiteni w’ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 20 Emery Bayisenge yakomeje imyitozo n’abagenzi be nyuma yo gukira inkomere yagize ubwo u’Rwanda rwatsindaga Mali ibitego 2-1.Last Updated on Thursday, 02 August 2012 11:51 Read more... UPDATE: Rwanda 0-5 Nigeria - Thursday, 30 August 2012 - Webmaster U-17: Ikipe y’igihugu Amavubi yatsinzwe 0-5 na Nigeria mu mukino ubanza wa gicuti Mpuzamahanga wabaye kuri uyu wa gatanu kuri Sitade ya U.J. Esuene Stadium muri Calabar.Last Updated on Friday, 31 August 2012 17:39 Read more...
[ "eng_Latn", "run_Latn", "eng_Latn", "zho_Hans", "run_Latn", "kin_Latn", "eng_Latn", "zho_Hans", "run_Latn", "run_Latn", "eng_Latn", "zho_Hans", "run_Latn", "swh_Latn", "eng_Latn", "zho_Hans", "run_Latn" ]
allowed
9d3bf37371a01a800a5848fbe2b96536
keep
[]
[ 5.7, 9.5, 10, 8.9, 9.6, 8.6, 10, 0, 0 ]