Search is not available for this dataset
f
stringlengths 53
165
| o
int64 491
10.6B
| s
int64 466
4.27M
| rs
int64 3
4.17M
| u
stringlengths 16
4.36k
| c
stringclasses 11
values | ts
timestamp[ms] | collection
stringclasses 21
values | lang
listlengths 3
3
| prob
listlengths 3
3
| text
stringlengths 501
1.28M
| seg_langs
listlengths 1
9.45k
| robotstxt
stringclasses 1
value | id
stringlengths 32
32
| filter
stringclasses 1
value | pii
listlengths 0
144
| doc_scores
listlengths 9
9
|
---|---|---|---|---|---|---|---|---|---|---|---|---|---|---|---|---|
./WIDE-20121102011927-crawl419/WIDE-20121102020057-04630.warc.gz
| 32,514,132 | 11,635 | 62,889 |
http://www.igihe.com///imikino/football/?debut_gh_news=24
|
text/html
| 2012-11-02T02:03:00 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] |
[
0.999,
0.001,
0
] |
Umukino ikipe y’Isonga yagombaga gukina ku munsi wa gatanu wa shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda wasubitswe.
Impamvu yabiteye ni uko Isonga...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Burayi (UEFA) kuwa 18 Ukwakira 2012 ryahanishije ikipe ya La Lazio Rome ihazabu y’Amayero 40 000 kubera abafana...
Ubwo mu minsi yashize havugwaga ko Yanga Africans yo mu cyiciro cya mbere muri Tanzania ishaka kugura Mbuyu Twite n’ impanga ye Kabange Twite,...
Zlatan Ibrahimovic yegukanye igihembo cy’umukinnyi mwiza ukuze 2012
Umukinnyi w’umupira w’amaguru Zlatan Ibrahimovic ni we wegukanye igihembo...
Ku munsi w’ejo kuwa kabiri taliki 16 Ukwakira 2012 nibwo havugwaga ko ikipe ya Rayon Sports yabonye umutoza mushya, uyu akaba ari umufaransa...
Ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 17 (Amavubi U-17) yatsinzwe n’Isonga FC igitego kimwe ku busa mu mukino wa gicuti wo kwitegura umukino wo...
Mu gihe hari hamaze iminsi havugwa ibibazo by’abatoza mu ikipi ya Rayon Sports, inkuru igezweho ni uko yamaze kubona umutoza mushya w’umufaransa...
Mu rwego rwo gukora amatsinda y’irushanwa ry’igikombe cy’Ibihugu cy’Afurika 2013, Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Afurika (CAF) ryashyize...
Ashley Cole, umukinnyi wa Chelsea unakinira ikipe y’igihugu y’u Bwongereza yanze icifuzo cy’ ikipe ya chelsea yifuzaga ko yamwongerera amasezerano...
Umukino wahuzaga ikipe ya Senegal n’iya Cote d’Ivoire, mu mikino wo guhatanira kujya mu gikombe cy’Afurika, kuri Stade yitiriwe Léopold Sedar...
Mu mukino wa gicuti wahuje ikipe y’igihugu, Amavubi, n’ikipe y’igihugu ya Namibia mu rwego rwo kwitegura imikino ya CECAFA, CHAN n’imikino...
Umukino wahuje ikipe y’igihugu y’u Bwongereza n’ikipe ya San Marino ku itariki ya 12 Ukwakira 2012, u Bwongereza buyobowe na kapiteni Wayne Rooney...
Mark Clattenburg wasifuye umukino wavugishije byinshi abafana b’amakipe ya Chelsea na Manchester United, ashobora gutakaza uburenganzira bwo...
Ikipe ya Chelsea, yareze umusifuzi Mark Clattenburg wasifuye umukino yakinnye na Manchester United imushinja gukoresha ’imvugo idakwiye’ ku...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku Isi (FIFA), ku wa 29 Ukwakira 2012 ryashyize ahagaragara urutonde rw’abakinnyi 23 bazatorwamo umukinnyi wa...
Niyonzima Haruna yanze kongera amasezerano mu ikipe ya Yanga Africans akinira mu cyiciro cya mbere mu gihugu cya Tanzania kubera ko ngo ashobora...
Umukinnyi w’umupira w’amaguru mu ikipe ya Barcelona n’ikipe y’Igihugu ya Argentine Lionel Messi aratangaza ko atifuza kugira indi kipe yazajya...
Mu mukino wari utegerejwe na benshi mu gikombe cya Carling Cup ubu cyabaye Capital One Cup, Chelsea yihimuye kuri Manchester United iyitsinda 5...
Mu irushanwa ry’igikombe cy’amakipe yabaye aya mbere iwayo ku mugabane w’u Burayi (UEFA Champions league ) amakipe akomeye i arimo guhura n’uruva...
Mu mukino wo ku munsi wa 7 wa shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda(Primus National Footbal League), Kiyovu Sports yakomeje guhagarara ku mwanya...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Afurika (CAF) ryashyize ahagaragara amatsinda amakipe azakiniramo mu irushanwa ry’ibihugu bya afurika (CAN...
Amakipe abafana ba ruhago baba bategereje ari benshi mu Rwanda, nta n’imwe yabashije kubashimisha ngo itahane amanota atatu yo ku munsi wa...
Kubera umukino w’amahirwe wo gutegera insinzi z’amakipe hagamijwe gutombora amafaranga igihe utsinze, abafana b’amwe mu makipe y’umupira w’amaguru...
Umutoza w’ikipe ya Chelsea mu Bwongereza Roberto Di Matteo, n’ubu aratangaza ko Lee Mason wasifuye umukino Chelsea yongeraga guhura na Manchester...
Ikipe ya Chelsea, yareze umusifuzi Mark Clattenburg wasifuye umukino yakinnye na Manchester United imushinja gukoresha ’imvugo idakwiye’ ku...
Mark Clattenburg wasifuye umukino wavugishije byinshi abafana b’amakipe ya Chelsea na Manchester United, ashobora gutakaza uburenganzira bwo...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku Isi (FIFA), ku wa 29 Ukwakira 2012 ryashyize ahagaragara urutonde rw’abakinnyi 23 bazatorwamo umukinnyi wa...
Mu mukino wo ku munsi wa 7 wa shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda(Primus National Footbal League), Kiyovu Sports yakomeje guhagarara ku mwanya...
Mu mukino wari utegerejwe na benshi mu gikombe cya Carling Cup ubu cyabaye Capital One Cup, Chelsea yihimuye kuri Manchester United iyitsinda 5...
Umukinnyi w’umupira w’amaguru mu ikipe ya Barcelona n’ikipe y’Igihugu ya Argentine Lionel Messi aratangaza ko atifuza kugira indi kipe yazajya...
Nyuma y’aho KBS ifitanye amasezerano n’ikipe ya Etincelles FC batumiye abafana ndetse n’umuririmyi Jay Polly ngo abasusurutse bamwe barivumbuye ngo...
Umutoza w’ikipe ya Chelsea mu Bwongereza Roberto Di Matteo, n’ubu aratangaza ko Lee Mason wasifuye umukino Chelsea yongeraga guhura na Manchester...
Amakipe abafana ba ruhago baba bategereje ari benshi mu Rwanda, nta n’imwe yabashije kubashimisha ngo itahane amanota atatu yo ku munsi wa...
Mu mikino yo kwitegura kwizihiza isabukuru y’imyaka 25 umuryango wa FPR Inkotanyi umaze uvutse, Umurenge wa Kicukiro watsinze utababariye Umurenge...
Niyonzima Haruna yanze kongera amasezerano mu ikipe ya Yanga Africans akinira mu cyiciro cya mbere mu gihugu cya Tanzania kubera ko ngo ashobora...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) n’uruganda rwega ibinyobwa (BRALIRWA), basinyanye amasezerano mashya yo gutera inkunga...
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
f38c65e45d6444de999e96001244d976
|
keep
|
[] |
[
5,
9.4,
10,
9.1,
9.1,
10,
7.6,
0,
0
] |
./WIDE-20121102011927-crawl419/WIDE-20121102020057-04630.warc.gz
| 74,309,251 | 12,357 | 43,898 |
http://www.igihe.com/imikino/football/abakinnyi-b-isonga-fc-barokotse-impanuka.html
|
text/html
| 2012-11-02T02:05:25 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] |
[
0.9513,
0.0488,
0
] |
Imodoka ya Sotra Tours yari itwaye ikipe y’Isonga FC nyuma yo kuva i Rusizi ku mukino w’umunsi wa kabiri wa shampiyona yagize impanuka ku bw’amahirwe nta n’umwe wakomeretse.
Mu kiganiro ikinyamakuru Izuba Rirashe cyagiranye na kapiteni w’Isonga FC, Ndatimana Robert yavuze ko bashima Imana kuko ibyabaye ntawari gukeka ko bavamo bose ari bazima ati "twari dusinziriye mu modoka kubera umunaniro w’umukino n’urugendo rurerure tuva i Rusizi, ariko ku bw’Imana twavuyemo turi bazima."
Ndatimana Robert yakomeje atangaza ko ashimira Imana kuko ariyo yonyine yabarinze ati “Urebye uburyo imodoka yuriye ahantu ntabwo wabyumva kabisa, gusa ndasaba bagenzi banjye n’abandi kujya bibuka kwiragiza Imana muri byose."
Iyi mpanuka yabaye ahagana mu masaha ya saa cyenda z’ijoro imbere yo kwa Lando mu Mujyi wa Kigali aho imodoka yari itwaye abakinnyi, abatoza n’abaganga b’Isonga FC yarenze umuhanda.
Imodoka ya Sotra Tours yari itwaye ikipe Isonga FC ivuye gukina umukino wa kabiri wa shampiyona aho warangiye Espoir FC itsinze Isonga FC 1-0.
Umukino wa mbere Isonga FC yari yanganyije na Musanze FC 1-1, bazakina umukino wa Gatatu ku cyumweru tariki ya 30/9/2012 kuri Sitade ya Kigali i Nyamirambo.
Izuba Rirashe
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
9f2e0762969a79f6350cc02f2d851fdf
|
keep
|
[] |
[
6.5,
8,
10,
10,
10,
10,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121102011927-crawl419/WIDE-20121102020057-04630.warc.gz
| 142,406,666 | 11,403 | 61,020 |
http://www.igihe.com///imikino/football/?debut_gh_news=1524
|
text/html
| 2012-11-02T02:09:47 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] |
[
0.9981,
0.0019,
0
] |
Nkuko twabibemereye muri iki gice cya gatatu turabagaragariza amwe mu makosa akomeye, abafana ba Arsenal Bashinja umutoza wabo Arsene Wenger....
Uko amakipe azahura mu mikino ya Play-off ku mugabane w’iburayi mu gushaka tike yo kujya mu gikombe cy’isi byamaze kumenyekana.
Iyi mikino...
Mu mpera z’icyumweru gishize byari bikomeye ku mugabane w’iburayi aho ikipe ya Liverpool yakomeje kugaragaza intege nkeya, naho Chelsea itungurwa...
Kuri uyu wa gatandatu tariki 17.10.2009 ni bwo shampiyona y’ u Rwanda mu cyiciro cya mbere yatangiye.
Mu mikino yari itegerejwe twavuga nk’...
- Biyihesheje umwanya wa 3 muri championa bityo izakina imikino ya "play off " ikinwa n’amakipe 4 ya mbere !
Mu mupira w’amaguru, hirya no hino ku isi hari imikino mu mashampiyona iyi weekend, nyuma y’aho zari zahagaze kubera imikino yahuzaga amakipe...
Mu makuru y’imikino mu Rwanda, Shampiona y’ikiciro cya mbere iratangira mu mpera z’iki cyumweru.
Dore uko bihagaze ku munsi wa mbere...
Robinho ati " ndifuza kujya muri Barca "
Ibi Robinho arabitangaza mu gihe hashize iminsi itari mike ikipe ya Barcelona ivuze ko...
Nyuma y’aho ikipe ya zambiya itsindiwe mu rugo na Misiri, ibi bikaba byashyize Zambiya mu mazi abira, aho igomba gutsinda Amavubi byananirana...
Uyu mutoza waje muri Tottenham avuye muri Portsmouth, aho yahise isigarana ibibazo bikomeye aratangaza ko we ntakibazo na gito afite kuri iyi...
Imikino yo guhatanira itike yo kujya mu gikombe cy’isi cy’umwaka utaha wa 2010, kigomba kubera muri Afurika y’epfo, kuva kuri 11 Kamena kugera kuri...
Nyuma y’aho irushanwa ry’igikombe cy’isi ry’abatarengeje imyaka 20 mu mupira w’amaguru riri kubera mu Misiri rimaze iminsi riba, ubu rikaba rigeze ku...
Mark Clattenburg wasifuye umukino wavugishije byinshi abafana b’amakipe ya Chelsea na Manchester United, ashobora gutakaza uburenganzira bwo...
Ikipe ya Chelsea, yareze umusifuzi Mark Clattenburg wasifuye umukino yakinnye na Manchester United imushinja gukoresha ’imvugo idakwiye’ ku...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku Isi (FIFA), ku wa 29 Ukwakira 2012 ryashyize ahagaragara urutonde rw’abakinnyi 23 bazatorwamo umukinnyi wa...
Niyonzima Haruna yanze kongera amasezerano mu ikipe ya Yanga Africans akinira mu cyiciro cya mbere mu gihugu cya Tanzania kubera ko ngo ashobora...
Umukinnyi w’umupira w’amaguru mu ikipe ya Barcelona n’ikipe y’Igihugu ya Argentine Lionel Messi aratangaza ko atifuza kugira indi kipe yazajya...
Mu mukino wari utegerejwe na benshi mu gikombe cya Carling Cup ubu cyabaye Capital One Cup, Chelsea yihimuye kuri Manchester United iyitsinda 5...
Mu irushanwa ry’igikombe cy’amakipe yabaye aya mbere iwayo ku mugabane w’u Burayi (UEFA Champions league ) amakipe akomeye i arimo guhura n’uruva...
Mu mukino wo ku munsi wa 7 wa shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda(Primus National Footbal League), Kiyovu Sports yakomeje guhagarara ku mwanya...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Afurika (CAF) ryashyize ahagaragara amatsinda amakipe azakiniramo mu irushanwa ry’ibihugu bya afurika (CAN...
Amakipe abafana ba ruhago baba bategereje ari benshi mu Rwanda, nta n’imwe yabashije kubashimisha ngo itahane amanota atatu yo ku munsi wa...
Kubera umukino w’amahirwe wo gutegera insinzi z’amakipe hagamijwe gutombora amafaranga igihe utsinze, abafana b’amwe mu makipe y’umupira w’amaguru...
Umutoza w’ikipe ya Chelsea mu Bwongereza Roberto Di Matteo, n’ubu aratangaza ko Lee Mason wasifuye umukino Chelsea yongeraga guhura na Manchester...
Ikipe ya Chelsea, yareze umusifuzi Mark Clattenburg wasifuye umukino yakinnye na Manchester United imushinja gukoresha ’imvugo idakwiye’ ku...
Mark Clattenburg wasifuye umukino wavugishije byinshi abafana b’amakipe ya Chelsea na Manchester United, ashobora gutakaza uburenganzira bwo...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku Isi (FIFA), ku wa 29 Ukwakira 2012 ryashyize ahagaragara urutonde rw’abakinnyi 23 bazatorwamo umukinnyi wa...
Mu mukino wo ku munsi wa 7 wa shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda(Primus National Footbal League), Kiyovu Sports yakomeje guhagarara ku mwanya...
Mu mukino wari utegerejwe na benshi mu gikombe cya Carling Cup ubu cyabaye Capital One Cup, Chelsea yihimuye kuri Manchester United iyitsinda 5...
Umukinnyi w’umupira w’amaguru mu ikipe ya Barcelona n’ikipe y’Igihugu ya Argentine Lionel Messi aratangaza ko atifuza kugira indi kipe yazajya...
Nyuma y’aho KBS ifitanye amasezerano n’ikipe ya Etincelles FC batumiye abafana ndetse n’umuririmyi Jay Polly ngo abasusurutse bamwe barivumbuye ngo...
Umutoza w’ikipe ya Chelsea mu Bwongereza Roberto Di Matteo, n’ubu aratangaza ko Lee Mason wasifuye umukino Chelsea yongeraga guhura na Manchester...
Amakipe abafana ba ruhago baba bategereje ari benshi mu Rwanda, nta n’imwe yabashije kubashimisha ngo itahane amanota atatu yo ku munsi wa...
Mu mikino yo kwitegura kwizihiza isabukuru y’imyaka 25 umuryango wa FPR Inkotanyi umaze uvutse, Umurenge wa Kicukiro watsinze utababariye Umurenge...
Niyonzima Haruna yanze kongera amasezerano mu ikipe ya Yanga Africans akinira mu cyiciro cya mbere mu gihugu cya Tanzania kubera ko ngo ashobora...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) n’uruganda rwega ibinyobwa (BRALIRWA), basinyanye amasezerano mashya yo gutera inkunga...
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
aa89278b14d298875b549ca17eee307b
|
keep
|
[] |
[
5,
8.9,
10,
9.2,
9.6,
10,
7.7,
0,
0
] |
./WIDE-20121102011927-crawl419/WIDE-20121102020057-04630.warc.gz
| 145,621,857 | 11,376 | 60,619 |
http://www.igihe.com///imikino/football/?debut_gh_news=1572
|
text/html
| 2012-11-02T02:10:15 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] |
[
0.9991,
0.0009,
0
] |
Uyu Doreen Nabwire ukomoka mu gihugu cyA kenya , akaba ari Rutahizamu uzwi cyane mu ikipe y’igihugu y’abategarugori ya Kenya , mu cyumweru gishize...
APR FC na Kiyovu Sport nizo zegukanye itike yo gukina umukino wa nyuma muri pre-season cup,aya makipe akaba abigezeho nyuma yo kwitwara neza muri...
Nshuti bakunzi b’imikino dore uko byaraye bigenze muri UEFA Champions League
Itsinda E
Mu gihe yishimiye kuba ari mu ikipe ya Real Madrid Kaka’ aratangaza ko abona igihe cyari kigeze ku nyungu z’ikipe ya AC Milan ngo imugurishe, ibi...
Uyu rutahizamu uzwi cyane mu ikipe ya Mukura akaba azwi ku kazina ka MEME, aho yaje kuva akajya muri Standard Liège, aho yaje kuva yerekeza muri...
KVC yegukanye igikombe cya shampiyona muri volleyball itsinze ikipe ya APR VC
Ku munsi w’ ejo ku cyumweru tariki ya 27.09.2009 ikipe ya Kigali...
David Villa ngo arifuzwa bikomeye na Liverpool
Amakuru dukesha ikinyamakuru The Dun aratangaza ko ikipe ya Liverpool yaba yifuza bikomeye...
ku mugabane w’u Burayi byari bikomeye cyane, aho Chelsea yahagaritswe, naho Inter Milan ya Jose Morinho na yo yerekwa ko itari indahangarwa mu...
Imikino itegura shampiyona y’ umwaka 2009 -2010 (pre-season tournament) ku munsi w’ ejo yari igeze ku munsi wayo wa kabiri aho amakipe y’ ibigugu 2...
Premiership :
Portsmouth Everton
Carlos Caetano Bledorn Verri yavukiye mu mujyi wa Ijuí, Rio Grande do Sul mu gihigu cya Brazil , akaba yaravutse tariki 31/10/1963 ubu akaba afite...
Igikombe cy’isi cy’isi cy’umupira w’amaguru, (Coupe du Monde), cyangwa “ FIFA WOLD CUP “. Iri ni ryo rushanwa rikomeye ku isi mu mupira w’amaguru...
Mark Clattenburg wasifuye umukino wavugishije byinshi abafana b’amakipe ya Chelsea na Manchester United, ashobora gutakaza uburenganzira bwo...
Ikipe ya Chelsea, yareze umusifuzi Mark Clattenburg wasifuye umukino yakinnye na Manchester United imushinja gukoresha ’imvugo idakwiye’ ku...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku Isi (FIFA), ku wa 29 Ukwakira 2012 ryashyize ahagaragara urutonde rw’abakinnyi 23 bazatorwamo umukinnyi wa...
Niyonzima Haruna yanze kongera amasezerano mu ikipe ya Yanga Africans akinira mu cyiciro cya mbere mu gihugu cya Tanzania kubera ko ngo ashobora...
Umukinnyi w’umupira w’amaguru mu ikipe ya Barcelona n’ikipe y’Igihugu ya Argentine Lionel Messi aratangaza ko atifuza kugira indi kipe yazajya...
Mu mukino wari utegerejwe na benshi mu gikombe cya Carling Cup ubu cyabaye Capital One Cup, Chelsea yihimuye kuri Manchester United iyitsinda 5...
Mu irushanwa ry’igikombe cy’amakipe yabaye aya mbere iwayo ku mugabane w’u Burayi (UEFA Champions league ) amakipe akomeye i arimo guhura n’uruva...
Mu mukino wo ku munsi wa 7 wa shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda(Primus National Footbal League), Kiyovu Sports yakomeje guhagarara ku mwanya...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Afurika (CAF) ryashyize ahagaragara amatsinda amakipe azakiniramo mu irushanwa ry’ibihugu bya afurika (CAN...
Amakipe abafana ba ruhago baba bategereje ari benshi mu Rwanda, nta n’imwe yabashije kubashimisha ngo itahane amanota atatu yo ku munsi wa...
Kubera umukino w’amahirwe wo gutegera insinzi z’amakipe hagamijwe gutombora amafaranga igihe utsinze, abafana b’amwe mu makipe y’umupira w’amaguru...
Umutoza w’ikipe ya Chelsea mu Bwongereza Roberto Di Matteo, n’ubu aratangaza ko Lee Mason wasifuye umukino Chelsea yongeraga guhura na Manchester...
Ikipe ya Chelsea, yareze umusifuzi Mark Clattenburg wasifuye umukino yakinnye na Manchester United imushinja gukoresha ’imvugo idakwiye’ ku...
Mark Clattenburg wasifuye umukino wavugishije byinshi abafana b’amakipe ya Chelsea na Manchester United, ashobora gutakaza uburenganzira bwo...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku Isi (FIFA), ku wa 29 Ukwakira 2012 ryashyize ahagaragara urutonde rw’abakinnyi 23 bazatorwamo umukinnyi wa...
Mu mukino wo ku munsi wa 7 wa shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda(Primus National Footbal League), Kiyovu Sports yakomeje guhagarara ku mwanya...
Mu mukino wari utegerejwe na benshi mu gikombe cya Carling Cup ubu cyabaye Capital One Cup, Chelsea yihimuye kuri Manchester United iyitsinda 5...
Umukinnyi w’umupira w’amaguru mu ikipe ya Barcelona n’ikipe y’Igihugu ya Argentine Lionel Messi aratangaza ko atifuza kugira indi kipe yazajya...
Nyuma y’aho KBS ifitanye amasezerano n’ikipe ya Etincelles FC batumiye abafana ndetse n’umuririmyi Jay Polly ngo abasusurutse bamwe barivumbuye ngo...
Umutoza w’ikipe ya Chelsea mu Bwongereza Roberto Di Matteo, n’ubu aratangaza ko Lee Mason wasifuye umukino Chelsea yongeraga guhura na Manchester...
Amakipe abafana ba ruhago baba bategereje ari benshi mu Rwanda, nta n’imwe yabashije kubashimisha ngo itahane amanota atatu yo ku munsi wa...
Mu mikino yo kwitegura kwizihiza isabukuru y’imyaka 25 umuryango wa FPR Inkotanyi umaze uvutse, Umurenge wa Kicukiro watsinze utababariye Umurenge...
Niyonzima Haruna yanze kongera amasezerano mu ikipe ya Yanga Africans akinira mu cyiciro cya mbere mu gihugu cya Tanzania kubera ko ngo ashobora...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) n’uruganda rwega ibinyobwa (BRALIRWA), basinyanye amasezerano mashya yo gutera inkunga...
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"yor_Latn",
"swh_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
03366e1f02100d3b09c41e2b131e71ed
|
keep
|
[] |
[
5.4,
9.7,
10,
9.2,
9.6,
10,
7.6,
0,
0
] |
./WIDE-20121102011927-crawl419/WIDE-20121102020057-04630.warc.gz
| 200,301,594 | 11,285 | 60,621 |
http://www.igihe.com///imikino/football/?debut_gh_news=1596
|
text/html
| 2012-11-02T02:12:31 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] |
[
0.9982,
0.0018,
0
] |
Paraguay
Umukuru w’igihugu cya Paraguay Fernando Lugo nyuma yaho igihugu cye kiboneye Ticket yo kujya mu gikombe cy’isi umwaka utaha yatanze...
Bakunzi b’imikino dore uko byaraye bigenze ku mugabane w’iburayi ku makipe yabaye aya mbere i wayo mu gikombe cya UEFA Champions league....
Maradona mu ruzinduko ahantu hatazwi !
Nyuma yaho ikipe abereye umutoza itsindiwe mu rugo na mu keba ikanongera gutsindirwa hanze ubu...
Nyuma y’aho akandagiriye Van Persie mu mukino wahuzaga Manchester City na Arsenal , rutahizamu wa Manchester City ubu ari gukurikiranwa na FA...
Bakunzi b’imikino ku igihe.com dore uko gahunda imeze ku makipe yabaye aya mbere iwayo ku mugabane w’iburayi .
Kuwa kabiri...
Bakunzi b’imikino kuri www.igihe.com ku mugabane w’’ u Burayi amashampiyona akomeye byari bishyushye ku mugoroba w’ejo.
Bakunzi b’imikino ku igihe.com twabahitiyemo imwe mu mikino ikomeye itegerejwe mu mpera z’iki cyumweru
Mu Bwongereza biraba bishyushye aho...
Fabio Capello Yemerewe Miliyoni 2 natwara igikombe cy’isi !
Ibi ni ibitangazwa n’ikinyamakuru The mailonline aho kivuga ko FA ishyirahamwe...
Eto’o ntazakina umukino wa Inter na Milan Umwaka utaha
Ibi ni ibitangazwa na Jose Morinho uvuga ko abakinyi be bakomoka ku mugabane wa...
Muri iki gihe iyo bavuze umuco ushingiye ku nka hari abavuga ko ushobora kuzacika bitewe n’ uko urubyiruko rutakimenya iby’umuco...
Nubwo ikipe ya Misiri itari yazanye bamwe mu bakinnyi bayo b’ibirangirire nka Amr Zaky, Mohammed Zidan na Ahmed Hossam Mido, ntiyoroheye Amavubi...
Nyuma yaho ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru”Amavubi Stars”ishoboye kwitwara neza mu majonjora abanza yo guhatanira kuzajya mu gikombe cy’Isi ndetse...
Mark Clattenburg wasifuye umukino wavugishije byinshi abafana b’amakipe ya Chelsea na Manchester United, ashobora gutakaza uburenganzira bwo...
Ikipe ya Chelsea, yareze umusifuzi Mark Clattenburg wasifuye umukino yakinnye na Manchester United imushinja gukoresha ’imvugo idakwiye’ ku...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku Isi (FIFA), ku wa 29 Ukwakira 2012 ryashyize ahagaragara urutonde rw’abakinnyi 23 bazatorwamo umukinnyi wa...
Niyonzima Haruna yanze kongera amasezerano mu ikipe ya Yanga Africans akinira mu cyiciro cya mbere mu gihugu cya Tanzania kubera ko ngo ashobora...
Umukinnyi w’umupira w’amaguru mu ikipe ya Barcelona n’ikipe y’Igihugu ya Argentine Lionel Messi aratangaza ko atifuza kugira indi kipe yazajya...
Mu mukino wari utegerejwe na benshi mu gikombe cya Carling Cup ubu cyabaye Capital One Cup, Chelsea yihimuye kuri Manchester United iyitsinda 5...
Mu irushanwa ry’igikombe cy’amakipe yabaye aya mbere iwayo ku mugabane w’u Burayi (UEFA Champions league ) amakipe akomeye i arimo guhura n’uruva...
Mu mukino wo ku munsi wa 7 wa shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda(Primus National Footbal League), Kiyovu Sports yakomeje guhagarara ku mwanya...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Afurika (CAF) ryashyize ahagaragara amatsinda amakipe azakiniramo mu irushanwa ry’ibihugu bya afurika (CAN...
Amakipe abafana ba ruhago baba bategereje ari benshi mu Rwanda, nta n’imwe yabashije kubashimisha ngo itahane amanota atatu yo ku munsi wa...
Kubera umukino w’amahirwe wo gutegera insinzi z’amakipe hagamijwe gutombora amafaranga igihe utsinze, abafana b’amwe mu makipe y’umupira w’amaguru...
Umutoza w’ikipe ya Chelsea mu Bwongereza Roberto Di Matteo, n’ubu aratangaza ko Lee Mason wasifuye umukino Chelsea yongeraga guhura na Manchester...
Ikipe ya Chelsea, yareze umusifuzi Mark Clattenburg wasifuye umukino yakinnye na Manchester United imushinja gukoresha ’imvugo idakwiye’ ku...
Mark Clattenburg wasifuye umukino wavugishije byinshi abafana b’amakipe ya Chelsea na Manchester United, ashobora gutakaza uburenganzira bwo...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku Isi (FIFA), ku wa 29 Ukwakira 2012 ryashyize ahagaragara urutonde rw’abakinnyi 23 bazatorwamo umukinnyi wa...
Mu mukino wo ku munsi wa 7 wa shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda(Primus National Footbal League), Kiyovu Sports yakomeje guhagarara ku mwanya...
Mu mukino wari utegerejwe na benshi mu gikombe cya Carling Cup ubu cyabaye Capital One Cup, Chelsea yihimuye kuri Manchester United iyitsinda 5...
Umukinnyi w’umupira w’amaguru mu ikipe ya Barcelona n’ikipe y’Igihugu ya Argentine Lionel Messi aratangaza ko atifuza kugira indi kipe yazajya...
Nyuma y’aho KBS ifitanye amasezerano n’ikipe ya Etincelles FC batumiye abafana ndetse n’umuririmyi Jay Polly ngo abasusurutse bamwe barivumbuye ngo...
Umutoza w’ikipe ya Chelsea mu Bwongereza Roberto Di Matteo, n’ubu aratangaza ko Lee Mason wasifuye umukino Chelsea yongeraga guhura na Manchester...
Amakipe abafana ba ruhago baba bategereje ari benshi mu Rwanda, nta n’imwe yabashije kubashimisha ngo itahane amanota atatu yo ku munsi wa...
Mu mikino yo kwitegura kwizihiza isabukuru y’imyaka 25 umuryango wa FPR Inkotanyi umaze uvutse, Umurenge wa Kicukiro watsinze utababariye Umurenge...
Niyonzima Haruna yanze kongera amasezerano mu ikipe ya Yanga Africans akinira mu cyiciro cya mbere mu gihugu cya Tanzania kubera ko ngo ashobora...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) n’uruganda rwega ibinyobwa (BRALIRWA), basinyanye amasezerano mashya yo gutera inkunga...
|
[
"grn_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
053fe4a26b6af58f749d03d8dee0a884
|
keep
|
[] |
[
5.1,
9,
10,
9.2,
9.4,
10,
7.8,
0,
0
] |
./WIDE-20121113223302-crawl413/WIDE-20121113232402-07393.warc.gz
| 835,681,150 | 10,328 | 31,650 |
http://rn.wikipedia.org/wiki/Kwiyahura
|
text/html
| 2012-11-14T00:25:16 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"tat_Cyrl"
] |
[
1,
0,
0
] |
Kwiyahura
Kwiyahura
Iyo abantu bacitse ibiyingiyingi canke barwaye indwara zindi zo mu mutwe, bashobora kugerageza kwikomeretsa canke kwiyica.
Rimwe na rimwe abantu biyahura kubera ko babona womenga n’ubuhungiro bw’ingorana barimwo canke bw’ububabare, ishavu, ivyo biyotsa, kuba ruhebwa canke nyamwigendako. Abantu baraheza bakumva nk’abari mu munyororo canke barengewe n’ibintu iyo bibaza ko ibintu bitazofa bibaye vyiza gusumba canke ataco bashobora gukora kugira ngo bahindure ibintu n’ibindi. Ivyo birababangamira bikababuza kubona inyishu zibereye kandi zogira akamaro. Mu bwenge bwabo ntibifuza kupfa, ariko barondera aho bohungira. Abantu biyahura ntibabona ko bashobora guhindura ibibahanze canke ngo bamenye ingene bokwikura ivyiyumviro bibatuma bihebura.
Abahinga bavyigiye barashobora gufasha abantu kubona ko kuba ikiyingiyingi canke kurwara indwara zo mu mutwe, atari ibibahanze ubu, bituma biyumva, biyumvira canke bigenza uko bameze ubu.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
179e1ac5d30e8d03103e866199365776
|
keep
|
[] |
[
8.1,
10,
10,
10,
10,
10,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121016130334-crawl421/WIDE-20121016134753-02917.warc.gz
| 791,402,912 | 5,087 | 14,398 |
http://ferwafa.rw/categoryblog/2389-ayc-qualifier-urwanda-rwatsinze-mali
|
text/html
| 2012-10-16T14:40:41 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"swh_Latn"
] |
[
0.9816,
0.0183,
0
] |
AYC Qualifier: U’Rwanda rwatsinze Mali
- Sunday, 29 July 2012
- Written by Webmaster
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’abatarengeje imyaka 20 bitwaye neza batsinda Mali ibitego 2-1 kuri iki cyumweru kuri sitade ya Kigali mu mukino ubanza wo gushaka itike yo gukina imikino yanyuma y’igikombe cy’afurika izabera muri Algeria muri 2013.
Ikipe ya Mali niyo yabanje kureba mw’izamu ku munota wa 22 ku gitego cyatsinzwe na Diallo Samba nyuma y’amakosa yari akozwe n’umuzamu Olivier Kwizera.
Ikipe y’urwanda yagerageje gusatira izamu rya Mali ariko nibyoroha ko babona igitego mbere y’uko amakipe ajya kuruhuka.
Mu gice cya kabiri, abakinnyi b’Amavubi U20 bagarutse bakomerezaho gusatira izamu rya Mali.
Umutoza Richard Tardy yahise asimbuza umuzamu Kwizera azana Steven Ntalibi; Julius Bakkabulindi asimbura Bonny Bayingana; Charles Tibingana asimbura Eric Nsabimana.
Uko gusimbuza kwabyaye ibitego bibiri kuko ku munota wa 75 Emmanuel Sebanani yahise atsinda igitego cya mbere nyuma yaho umuzamu wa Mali Ally Yirango atashoboye gufata umupira warutewe na Julius Bakkabulindi kuva kuri kufura ya Tibingana.
Igitego cya kabiri cyashe ku munota wa 90 aho Patrick Umwungeli yateye umutwe ukomeye mw’izamu rya Mali ku mupira wari umvuye kuri korineri yatewe na Tibingana.
Umukino wo kwishura uzaba tariki ya 11/08/2012 i Bamako.
Ikipe izatsinda izahura n’ikipe izaba yatsinze hagati ya Lesotho na Zambia mu mukino wanyuma w’amajonjora biteganyijwe kuzaba mu kwa cyenda cyangwa mu kwa cumi.
Abakinnyi babanjemo:
Rwanda U 20: Olivier Kwizera, Jean Marie Rusingizandekwe, Emery Bayisenge, Patrick Umwungeli, Francois Hakizimana, Ntamuhanga Tumaine Titi, Jean d’Amour Uwimana, Eric Nsabimana, Kabanda Bonfils, Emmanuel Sebanani na Mbonye Bayingana Bonny
Mali U 20: Yirango Ally, Keita Ousmane, Diarra Boubacar, Samake Issaka, Traore Mahamadou, Denon Mamadou Bassamba, Mariko Adama Sekou, Diallo Samba, Traore Yousouf, Cisse Mahamane na Fofana Hamara
|
[
"run_Latn",
"eng_Latn",
"eng_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"bam_Latn"
] |
allowed
|
a3175458148c67848ad60194a20ee262
|
keep
|
[] |
[
6.2,
8,
10,
9.9,
10,
9.8,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121016130334-crawl421/WIDE-20121016134753-02917.warc.gz
| 794,544,258 | 5,795 | 21,795 |
http://ferwafa.rw/amavubi/amavubi?start=20
|
text/html
| 2012-10-16T14:41:53 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kik_Latn"
] |
[
0.9941,
0.0059,
0
] |
Amavubi Latest news
Tardy afite ikizere cyo kwitwara neza
- Thursday, 09 August 2012
- Webmaster
Umutoza w’ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 20, Richard Tardy afite ikizere yuko Amavubi U-20 izitwara neza imbere ya Mali ubwo ibihugu byombi bizahura kuri uyu wa gatandatu i Bamako.Read more...
Amavubi U-20: Abakinnyi 18 batoranyijwe kwerekeza I Bamako
- Tuesday, 07 August 2012
- Webmaster
Ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 20 irahaguruka kuri uyu wa gatatu yerekeza mu gihugu cya Mali aho igiye kwitabira umukino wo kwishura wo gushaka tike yo gukina igikombe cy’Afurika kizabera muri Algeria mu wa 2013.Read more...
Amavubi U20 irakomeza imyitozo kuri uyu wa gatatu
- Tuesday, 31 July 2012
- Webmaster
Ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 20 irakomeza imyitozo kuri uyu wa gatatu yo kwitegura umukino wo kwishura uzabahuza na Mali mu rugamba rwo gushaka tike y’igikombe cy’Afurika cy’abatarengeje imyaka 20 kizabera muri Algeria umwaka utaha.Last Updated on Tuesday, 31 July 2012 10:29 Read more...
AYC Qualifier: U’Rwanda rwatsinze Mali
- Sunday, 29 July 2012
- Webmaster
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’abatarengeje imyaka 20 bitwaye neza batsinda Mali ibitego 2-1 kuri iki cyumweru kuri sitade ya Kigali mu mukino ubanza wo gushaka itike yo gukina imikino yanyuma y’igikombe cy’afurika izabera muri Algeria muri 2013.Read more...
More Articles...
- Amavubi yasezerewe mu rugamba rwo kwerekeza muri Afurika y'epfo 2013.
- Nigeria vs. Rwanda, 17.00hrs
- Amavubi yageze i Calabar: Karekezi mu mvune
- Amavubi yerekeje i Calabar
- Amavubi yatangiye gutegura umukino wa Nigeria
- Amavubi yanganyije na Benin
- Rwanda vs. Benin, 15.30 hours
- Uzamukunda yasubiye muri ikipe y'Amavubi nyuma yo gusaba imbabazi
- U'Rwanda ku mwanya wa 119 ku rutonde rwa FIFA
- Amavubi yatangiye imyiteguro y'umukino wa Benin
|
[
"eng_Latn",
"kin_Latn",
"eng_Latn",
"zho_Hans",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"eng_Latn",
"zho_Hans",
"run_Latn",
"run_Latn",
"eng_Latn",
"zho_Hans",
"run_Latn",
"run_Latn",
"eng_Latn",
"zho_Hans",
"run_Latn",
"eng_Latn",
"run_Latn",
"swh_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lim_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
2ecf817a288f5333958566315d25d8aa
|
keep
|
[] |
[
6,
9,
10,
9.1,
10,
9,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121016130334-crawl421/WIDE-20121016134753-02917.warc.gz
| 801,275,515 | 2,823 | 5,865 |
http://ferwafa.rw/amavubi/amavubi/2461-amavubi-yatomboye-eritreaethiopia-muri-chan-2013?tmpl=component&print=1&layout=default&page=
|
text/html
| 2012-10-16T14:46:53 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] |
[
0.9998,
0.0002,
0
] |
Ikipe y’igihugu Amavubi izakina na Eritrea cyangwa Ethiopia mu rugamba rwo gushaka itike yo gukina imikino yanyuma y’igikombe cya CHAN 2014 kizabera muri Afurika y’epfo.
Nyuma ya tombola yabaye uyu munsi (tariki 06/09/2012) muri Cairo, Egypt, akuriwe n’umunyamabanga mukuru wa CAF, Hicham El Amrani, U Rwanda ntago ruzakina imikino y’icyiciro cya mbere ahubwo ruzahura n’ikipe izaba yarakotse hagati ya Eritrea na Ethopia mu mikino y'icyiciro cya kabiri izaba tariki 21-22/06/2012 I Asmara cyangwa se Addis Ababa hanyuma umukino wo kwishura ube hagati ya tariki 21-/06/2013 I Kigali.
Umutoza Milutin Sredojovic Micho afite ikizere y’uko U Rwanda ruzongera rukagera ku mikino yanyuma ya CHAN ku nshuro ya kabiri nyuma yahoo rushoboye kugera mw’irushanwa riheruka rya bereye muri Sudan muri 2011.
“Aya makipe ndayazi neza kandi sinshyidikanya y’uko hari ikipe izatutaniza kugera ku mikino yanyuma muri South Africa,”
“Ikipe izaba yarakotse yose tuzayishakira umuti wo kuyitsinda kugirango dukomeze kwitegura kwakira imikino ya CHAN 2016 dufite ikipe ikomeye,”
Ibindi bihugu bitazakina imikino y’icyiciro cya mbere ni; Uganda, Sudan naTanzania.
Ibihugu bitatu kuva muri zone-Central-East nibyo bizakina imikino yanyuma muri Afurika y’epfo.
Dore uko ibindi bihugu bizahura:
CENTRAL - EAST ZONE
Preliminary Round
Burundi vs. Kenya
Kenya vs. Burundi
Eritrea vs. Ethiopia
Ethiopia vs. Eritrea
Match I: 30 Nov.01, 02 Dec 2012
Match II: 14, 15, 16.Dec.2012
First Round
Winner (Burundi vs. Kenya) vs. Sudan
Sudan vs. Winner (Burundi vs. Kenya)
Winner (Eritrea vs. Ethiopia) vs. Rwanda
Rwanda vs. Winner (Eritrea vs. Ethiopia)
Tanzania vs. Uganda
Uganda vs. Tanzania
Match I: 21, 22, 23 June 2013
Match II: 05, 06, 07 July 2013Last Updated on Friday, 07 September 2012 07:23
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"eng_Latn",
"eng_Latn",
"swh_Latn",
"swh_Latn",
"swh_Latn",
"swh_Latn",
"lij_Latn",
"ltz_Latn",
"eng_Latn",
"swh_Latn",
"swh_Latn",
"swh_Latn",
"swh_Latn",
"swh_Latn",
"swh_Latn",
"eng_Latn",
"eng_Latn"
] |
allowed
|
ec79f29ab59049c07f516f8db17814f7
|
keep
|
[] |
[
5.4,
8.4,
10,
9.1,
9.8,
8.8,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121016130334-crawl421/WIDE-20121016134753-02917.warc.gz
| 866,422,241 | 4,574 | 12,998 |
http://ferwafa.rw/categoryblog/2459-u-rwanda-rwazamutse-ku-rutonde-rwa-fifa-
|
text/html
| 2012-10-16T14:51:08 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kik_Latn"
] |
[
0.9998,
0.0002,
0
] |
U Rwanda rwazamutse ku rutonde rwa Fifa
- Thursday, 06 September 2012
- Written by Webmaster
U Rwanda rwazamutseho imyanya itanu kuva ku 125 rugera kuri 120 ku rutonde ngarukakwezi rw’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi FIFA rwasohotse kuri uyu wa gatatu I Zurich, Switzerland.
Nubwo nta mukino wa gicuti ikipe y’igihugu yakinye mu kwezi kwa munani, U Rwanda rwabonye amanota 278 ruza no ku mwanya wa 35 muri Afurika.
Mu Akarere ka Cecafa, U Rwanda ruri ku mwanya wa kane nyuma ya Uganda (88), Sudan (103) na Ethiopia yazamutse imyanya umunani ikaba iri ku mwanya wa 114.
Cote d’ivoire ikomeje kuyobora amakipe yandi yo muri Africa ari nako Espagne ariyo iyoboye isi ya ruhago.
Brazil n’ubufaransa nabyo bikomeje kubura mu makipe 10 ya mbere ku isi dore ko Brazil ubu ari iya 12 mu gihe abafaransa baza ku mwanya wa 15.
Muri rusange ibihugu 5 bya mbere:
Kw’ isi:
1. Espagne
2. Ubudage
3. Ubwongereza
4. Portugal
5. Uruguay
Africa
1. Côte d’Ivoire (16)
2. Algeria (28)
3. Ghana (31)
4. Mali (32)
5. Libya (36)
Cecafa
1. Uganda (88)
2. Sudan (103)
3. Ethiopia (114)
4. Rwanda (120)
5. Kenya (125)
|
[
"run_Latn",
"eng_Latn",
"eng_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"smo_Latn",
"lin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"por_Latn",
"grn_Latn",
"sot_Latn",
"bam_Latn",
"swh_Latn",
"swh_Latn",
"bam_Latn",
"bam_Latn",
"run_Latn",
"swh_Latn",
"swh_Latn",
"swh_Latn",
"run_Latn",
"swh_Latn"
] |
allowed
|
b0341ba82b9800449907d259209445ec
|
keep
|
[] |
[
5.2,
9.6,
10,
8.3,
10,
8.2,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121016130334-crawl421/WIDE-20121016134753-02917.warc.gz
| 877,339,954 | 4,648 | 13,122 |
http://ferwafa.rw/categoryblog/2442-amavubi-u-17-irerekeza-muri-nigeria-ku-wa-gatatu
|
text/html
| 2012-10-16T14:52:34 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kik_Latn"
] |
[
0.9922,
0.0078,
0
] |
Amavubi U-17 irerekeza muri Nigeria ku wa gatatu
- Monday, 27 August 2012
- Written by Webmaster
Ikipe y’igihugu Amavubi y’abatarengeje imyaka 17 irahuguruka I Kigali yerekeza muri Nigeria kuri uyu wa gatatu.
Iyi kipe biteganyijwe ko izakina na Nigeria U-17 imikino ibiri ya gicuti kuri 31/08/2012 hamwe na 02/09/2012 I Calabar.
Nyuma yaho bakinye imikino igera kuri itatu ya gicuti mu Rwanda n’amakipe nka AS Kigali (0-1); La Jeunesse (1-3) hamwe na SC Kiyovu (2-2), aba basore baraza kwigereranya n’abasore ba Nigeria kugirango abatoza bashobore kureba neza urwego abakinnyi b’Amavubi U-17 bariho.
Umutoza w’ungirije w’ikipe y’Amavubi U-17, Aloys Kanamugire yavuze ko, “izi match ebyiri zizatugaragariza neza uko abakinnyi bacu bahagaze,”
“Ariko tubafatiye ikizere kuko ugiye ureba imikino bamaze gukina, ubona ko hari ikintu bagiye biyongeraho. Izi match za Nigeria zizabafasha kurushaho gukomera”.
Ikipe y’u Rwanda ikaba izakina hagati ya Botswana na Malawi mu kwezi kwa cumi hanyuma izatsinda kuri icyo cy’icyuro izakina n’ikipe izaba yatsinze hagati ya Sudan/Somalia na Algeria.
U Rwanda rwashoboye gukina imikino yanyuma y’igikombe cy’isi cyo mu mwaka wa 2011 ruza kuviramo mu mikino y’amajonjora mu mukino ya nyuma yabereye mu gihugu cya Mexico.
Kumugabane w’afurika, U Rwanda rwangije ku mwanya wa kabiri nyuma yo gutsinda na Burkina Faso 2-1 ku mukino wa nyuma.
|
[
"run_Latn",
"eng_Latn",
"eng_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
f582125e6d7c5ef0d433f03fc455dfe1
|
keep
|
[] |
[
5.4,
8.7,
10,
9.4,
8.5,
9.4,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121018010226-crawl410/WIDE-20121018022639-02349.warc.gz
| 213,483,759 | 11,146 | 50,646 |
http://umuseke.com/?p=38319
|
text/html
| 2012-10-18T02:44:29 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] |
[
0.8168,
0.1832,
0
] |
Mu gihe mu Rwanda bigaragaraga ko bahaye agaciro umuziki waho ugereranyije no mu myaka nk’icumi ishize, hanze y’u Rwanda mu gihe benshi bamenyereye nka Nyungura Corneille, Cécile Kayirebwa, Paulin na Lambert, Stromae, Jali n’abandi, ubu hari abandi bahanzi bari kuzamuka kandi bakunzwe, muro bo twavuga uwitwa Joe Pat.
Uyu musore w’umunyeshuri utuye mu mujyi wa Lille, France, ubundi yitwa Murenzi Patrice akaba yaravukiye mu Rwanda mu 1990 ku Gisozi mu karere ka Gasabo.
Uyu musore ukora injyana ya RnB avuga ko ku myaka 16 aribwo yatunganyije indirmbo ye ya mbere, iki gihe akaba yari akiri mu Rwanda, ndetse aririmba muri itsinda rihimbaza Imana ryitwa “Boanerges Gospel Group” yaje no kubera umuyobozi mbere yo kwerekeza mu Ubufaransa.
Kugeza ubu uyu muhanzi muzika akora ngo iragenda ikundwa cyane n’abanyarwanda baba mu Ubufaransa by’umwihariko abatuye i Lille aho ajya agaragara mu bitaramo bitandukanye.
Mu Rwanda hari ababa bamuzi mu ndirimbo zimwe na zimwe, nko mu 2009 yakoze indirimbo yitwa « Amabwire » yakoranye n’inshuti ye “Rudahusha Shema Olivier bita O’SHEZ” ikozwe na DJ B.
Joe Patt mu mpera z’ukwezi kwa gatanu uyu mwaka yasohoye indirimbo yise « Urabaruta » ubu ikunzwe cyane i Lille, France, ndetse no mu banyarwanda baba muri kiriya gihugu.
Kanda hano womve “URABARUTA” ya JOE PAT
Iyi ndirimbo « Urabaruta » ngo yayitunganyirijwe abifashijwemo na Ben Kayiranga nawe uba hanze, ikorwa na Pastor P. Uyu musore kandi avuga ko afite n’izindi nyinshi n’amashusho yazo ari gutegura gushyira hanze.
Joe Patt wiga muri Université de Sciences et Technologie de Lille.mu buzima bwe bwa muzika ngo akunda cyane abahanzi b’Abanyarwanda nyakwigendera Kamaliza, Ben Kayiranga na Cecile Kayirebwa aba ngo nibo bamuha ‘inspiration’ cyane cyane muri muzika ye.
Mu muryango w’abana barindwi avukamo, avuga ko mama we ari umwe mu batumye yiyumva muri muzika dore ko ngo yakundaga kuririmba cyane bityo nawe kuva afite imyaka 8 atangira kujya aririmbira bagenzi be cyane.
Joe Patt ati aganira n’Umuseke.com ati : ”mu nzozi zanjye numva nifuza kuzaba umukorera bushake mu bikorwa byo gufasha abatishoboye no kuvuganira abanyantege nke. Kandi nabwira abanyarwanda ko twaha agaciro buri muntu wese kuko mu gihe runaka aba ingirakamaro ku gihugu cye”.
Plaisir MUZOGEYE
UMUSEKE.COM
C’est énorme cette chanson! Elle cartonne beaucoup ici!! Joe Patt tukuri inyuma igihu…!! Keep it up and Jah help u to achieve your plans
Wow!! turagushaka muri gumaguma
courage sha! Kora nawe uze muri gumagumu
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"cjk_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"cat_Latn",
"eng_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
6c0c851d99cc511bfdfe6b3b6758214d
|
keep
|
[] |
[
5.3,
6.5,
10,
10,
9.8,
10,
10,
2,
0
] |
./WIDE-20120922172130-crawl335/WIDE-20120922172130-00348.warc.gz
| 582,657,210 | 7,165 | 24,856 |
http://izuba.org.rw/i-761-a-33815.izuba
|
text/html
| 2012-09-22T18:07:02 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] |
[
0.9759,
0.0241,
0
] |
Amakuru
Impamvu Mugesera yatanze zo gusubika urubanza zateshejwe agaciro n’ubushinjacyaha
Urukiko Rukuru rugomba gusuzuma ishingiro ry’ibyifuzo (ubusabe) bwa Mugesera; wifuza ko yahabwa igihe kirekire cyo kwitegura urubanza rwe.
Mugesera uregwa ibyaha bitanu bigizwe n’icyaha cya Jenoside gishingiye ku mvugo yavugiye ku Kabaya mu mwaka 1992; yabwiye Urukiko Rukuru ko adafite idosiye yuzuye ikubiyemo ibyo aregwa ndetse n’ibimenyetso byavuye muri Canada kimwe n’ubuhamya bwatanzwe mu Rukiko Mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda.
Birumvikana Nyakubahwa ko nta muntu uburana adafite idosiye yuzuye; niyo mpamvu dusaba urukiko gusubika uru rubanza; abanyunganira bagahabwa umwanya wo gutegura urubanza - Leon Mugesera
Ibyaha dushinja Mugesera yabikoreye hano mu Rwanda ntabwo ari muri Canada; ibimenyetso byo muri Canada ntibikwiye gufatwaho urwitwazo kuko ari amakuru dukeneye muri izo dosiye ariko si ibimenyetso kuko dufite ibimenyetso bihagije - Me.Mutangana
Leon Mugesera udasobwa mu mvugo ze; yabwiye urukiko ati; “birumvikana Nyakubahwa ko nta muntu uburana adafite idosiye yuzuye; niyo mpamvu dusaba urukiko gusubika uru rubanza; abanyunganira bagahabwa umwanya wo gutegura urubanza.”
Leon Mugesera n’umwunganizi we Rudakemwa Felix babwiye urukiko ko bategereje ko ubushinjacyaha bukosora inyandiko zitanditswe neza (zidasomeka) zikubiye mu bimenyetso byatanzwe n’ubushinjacyaha; hari kandi inyandiko z’ubuhamya ubushinjacyaha bwasabye Urukiko Mpanabyaha zitari zaboneka kimwe no gushyira ku mpapuro ibyavuye mu nkiko za Canada mu myaka hafi 17 yamaze ahaburanira bigizwe n’amapaje 40;000.
Impamvu zose zatanzwe na Mugesera n’umwunganizi we Rudakemwa Felix zateshejwe agaciro n’ubushinjacyaha aho Jean Bosco Mutangana na Claudine Dushimimana bavuze ko Mugesera ari amayeri asanganywe yo gutinza urubanza.
Umushinjacyaha Mutangana Jean Bosco yagize ati; “ibyo Mugesera yagombaga guhabwa muri uru rubanza yarabihawe; ibyo atarahabwa ntibigize ibimenyetso shingiro muri uru rukiko.”
Mutangana yongeyeho ati; “ibyaha dushinja Mugesera yabikoreye hano mu Rwanda ntabwo ari muri Canada; ibimenyetso byo muri Canada ntibikwiye gufatwaho urwitwazo kuko ari amakuru dukeneye muri izo dosiye ariko si ibimenyetso kuko dufite ibimenyetso bihagije.”
Ku kibazo Mugesera yagaragarije urukiko asaba ko umwanzuro w’ikirego ubushinjacyaha bwagombaga gushyira mu ndimi z’amahanga zikoreshwa mu Rwanda kugira ngo abamwunganira b’abanyamahanga bizaborohere; ubushinjacyaha bwasubije ko urukiko rukuru mu rubanza rubanziriza uru rwategetse ko Leon Mugesera abazwa ndetse akazaburanishwa mu Kinyarwanda ahubwo urukiko rukazagena abasemuzi nkuko byagenze mu rubanza rwa Ingabire Victoire.
Ubushinjacyaha bwongeyeho ko hategerejwe ibijyanye n’ubuhamya bwatanzwe kuri Mugesera mu Rukiko Mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda ubwo haburanishwaga urubanza rwa Nyiramasuhuko.
Ku bijyanye nuko habanza gutegereza icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga ku kirego Mugesera yari yashyikirije urwo Rukiko rw’Ikirenga; ubushinjacyaha bwavuze ko atari ngombwa kuko ibyo yaregeye bijyanye n’imigendekere y’urubanza ku ifungwa n’ifungurwa by’agateganyo; ibyo bikaba bitabuza iburanishwa mu mizi.
Urukiko rurafata icyemezo kuri uyu wa 18 Nzeri 2012.
Contact email: mvfreddy82[at]yahoo.fr
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"eng_Latn"
] |
allowed
|
455b11687d52be0c102bd4cb705a6922
|
keep
|
[] |
[
5.7,
6.6,
10,
10,
10,
10,
10,
4,
0
] |
./WIDE-20121017110835-crawl410/WIDE-20121017120246-02286.warc.gz
| 953,134,693 | 5,934 | 21,808 |
http://umuseke.com/?m=201205&paged=2
|
text/html
| 2012-10-17T12:52:25 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kik_Latn"
] |
[
0.9662,
0.0338,
0
] |
31 – 05 – 2012, La Haye – Abacamanza b’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha bakatiye Charles Taylor imyaka 50 y’igifungo, ni nyuma yo kumuhamya ibyaha by’ubwicanyi byakorewe muri Sierra Leone igihe we ...
Bosco Ntaganda umaze igihe ashakishwa n’Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha kuva mu 2006 yatangaje ko uru rukiko ibyo rumushinja ari ibinyoma ndetse ko rwibasira abanyafrica cyane.
[caption id="attachment_35150" align="alignnone" width="421" caption="Bosco Ntaganda yagize ...
Kuri uyu wa gatatu urukiko mpzamahanga mpanabyaha (ICC) rukorera i La Haye mu Ubuholandi rwashimangiye icyemezo cyo kutaburanisha Callixte Mbarushimana, naho Urukiko mpuzamahanga rwashyiriweho u Rwanda ruri i Arusha rwo ...
Mu mpera z’icyumweru mu nteko ishinga amategeko ya Ukraine havutse akavuyo ndetse n’amakofe avuza ubuhuha hagati y’abadepite bapfa umushinga w’itegeko ryo gukoresha ururimi rw’ikirusiya nk’ururimi rwemewe.
[caption id="attachment_35136" align="alignnone" width="450" caption="Ba ...
Guhera mu cyumweru gishize, zimwe mu mpunzi z’abanyecongo ziri mu nkambi y’agateganyo ya Nkamira zigenda zitaha. Ibiro ntaramakuru Xinhua bivuga ko abagera kuri 250 batashye kuri uyu wa kabiri tariki ...
Kuri uyu wa kabiri tariki 29 Gicurasi, mu nama n’abarimu b’amashuri atandukanye mu mujyi wa Kigali, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’uburezi Dr Harebamungu Mathias yahakanye ko agahimbazamusyi kagenerwa abarimu ...
Ni mu rwego rwo kuvanaho urujijo mu bantu, aho usanga bamwe baterwa ipfunwe no kuba igitsina cyabo ari kigufi cyangwa abandi bagaterwa impungenge n’uko bafite igitsina kinini cyane bagatinya no ...
Akenshi na kenshi kuruka ku rugendo biba iyo umuntu agenze mu kinyabiziga atamenyereye. Nk’umuntu wari usanzwe agenda n’amaguru, hanyuma akagendera mu modoka cyangwa umuntu ugiye mu ndege bwa mbere ; ...
Benshi mu bahanzi bo mu Rwanda iyo ugerageje kumenya ibyabo, usanga baranyuze munzu z’Imana nk’abaririmbyi mu makorari bakiri bato. Umubare munini mu bazwi usanga bari abo mu idini y’Abadivantisiti b’umunsi ...
Mu kiganiro na BBC Afrique kuri uyu wa kabiri tariki 29 Gicurasi, Lambert Mende, Ministre w’itumanaho akaba n’Umuvugizi wa Leta ya Congo Kinshasa, yavuze ko bari kwikorera iperereza, kandi ko ...
« Previous Page — Next Page »
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"zsm_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"eng_Latn"
] |
allowed
|
00f07b1fcee583ac2aa238fcf638dd59
|
keep
|
[] |
[
5.1,
7.8,
10,
9.2,
8.9,
9.8,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121017110835-crawl410/WIDE-20121017120246-02286.warc.gz
| 963,968,646 | 10,907 | 52,252 |
http://umuseke.com/?p=35389
|
text/html
| 2012-10-17T12:53:13 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] |
[
0.9445,
0.0555,
0
] |
Dr Donald Kaberuka, President wa Banki ny’Africa itsura amajyambere BAD, kuri uyu wa 31 Gicurasi mu nama ya 47 ya BAD iri kubera muri Tanzania, yatangaje ko niba umugabane wa Africa utarebye neza wagerwaho n’ingaruka z’ikomeye z’ihungabana ry’ubukungu nk’izibasiye Uburayi muri iyi minsi.
Nubwo Africa itagezweho ku buryo bukomeye n’ihungabana ry’ubukungu kw’Isi (Global Economic Crisis) Dr Kaberuka mu gufungura iyi nama yavuze ko ibimenyetso bigaragaza ko hatagize igihinduka mu bukungu bwa Africa nayo yagerwaho n’ingaruka z’iryo hungabana.
“ urebye muri Africa hari agahenge (feel good factor). Gusa ariko ndashaka kubabwira ko ari ibyo kwitondera. Kuko gukoeza kw’ihungabana muri muri Euro zone byashegeshe amabanki, imyenda iremereye itishyuye n’ibindi biganisha ku kwiyongera kw’ibura ry’akazi. Birashoboka rero ko kuri Africa nayo byaba bibi” Ni ibyatangajwe na Donald Kaberuka afungura iyo nama.
Donald Kaberuka wabaye Ministre w’imari n’igenamigambi mu Rwanda, yavuze ko amakimbirane ya politiki ari muri Africa nayo ari mu byateza ibibazo ku bukungu bwa Africa.
Iyi nama ihuriyemo abahagarariye ibihugu 54 bya Africa ndetse ‘abahagarariye ibihugu 24 byo mu Uburayi n’Amerika biri mu binyamuryango bya BAD. Australia yo ikaba iri muri iyi nama nk’indorerezi.
Donald Kaberuka ati:“Nimurebe ibiri kubera muri Mali, kuba igihugu gishobora gucikamo kabiri, ihungabana ry’umutekano riri muri Guinea-Bissau, imyaka 2 ishize Somalia nta mahoro kandi isanganywe n’umwuma (drought) uniganje mu ihembe rya Africa. Ibi ni ibibazo biri ku ruhande ariko nabyo bifite cyangwa byagira ingaruka mu kuzambya ubukungu”
Kaberuka yavuze ko Africa ifite amahirwe yo kwigira ku byabaye ku bandi mu rwego rwo kwirinda.
Yarangije agira ati:” Muri macye, ikirere kiragenda kiremera kandi cyijima, nimureke rero twitegure”.
Egide RWEMA
UMUSEKE.COM
kakakkakak
Ibyo nukuri kuzuye abanyapolitike bave mumikino amazi siyayandi abamaranira ubutegetsi se bazategeka iki abantu barishwe ninzara nubukene.
Tubanze dushake Economy stability ibindi ninyuma.
that is true
ABANYAFURIKA BAZAVUGE KO MWENEWABO ATABABURIYE EREGA AREBA KURE
” Muri macye, ikirere kiragenda kiremera kandi cyijima, nimureke rero twitegure”.This man !!!!! Talking in a prophetic way ! But you journalist, you would have mentioned some of the strategic mechanisms given by Dornald , kugirango africa yirinde !
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"ibo_Latn",
"cat_Latn",
"min_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"eng_Latn",
"run_Latn",
"eng_Latn"
] |
allowed
|
db445e767b54adeea045e9449a1ef829
|
keep
|
[] |
[
6.3,
7.7,
10,
9.8,
10,
10,
10,
3,
0
] |
./WIDE-20121010100418-crawl336/WIDE-20121010100418-02264.warc.gz
| 961,346,584 | 7,928 | 27,489 |
http://www.ibishya.biz/umuhanzi-liliane-kabaganza-yerekeje-mugihugu-cy-iburundi-akaba-azakorerayo-ibitaramo-bitandukanye/
|
text/html
| 2012-10-10T11:02:56 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] |
[
0.9169,
0.0831,
0
] |
UMUHANZI LILIANE KABAGANZA YEREKEJE MUGIHUGU CY’ IBURUNDI, AKABA AZAKORERAYO IBITARAMO BITANDUKANYE.
Nkuko yabidutangarije kuri uyu wa kane tariki ya 27/09/2012, ku kibuga cy’indege i Kanombe mbere gato yo kwerekeza mu gihugu cy’u Burundi, Liliane Kabaganza yatumiwe i Bujumbura mu giterane kizamara iminsi itanu, cyikazabera ku rusengero rwitwa Dynamique.
Muri ki giterane Kabaganza akaba yajyanye n’undi muhanzi w’umunyarwanda Mama Zoulou ubusanzwe amazina ye akaba ari Zaninka Joseline, nkuko yabidutangarije yaba tike y’indege, aho bazaba nibindi byose bikaba bizakorwa nurwo rusengero rwabatumiye.
Tumubajije ibindi bikorwa ari gukora muriyi minsi nibyo ateganya mu minsi iri imbere nyuma yo gutwara Salax Awards 2012, yatubwiyeko ubu ari gukora amashusho ya alubumu ze ebyiri, iyi Kinyarwanda niyi giswahiri zose ashaka ko zizasohokera rimwe umwaka utaha wa 2013, izi ndirimbo zose hamwe zikaba ari makumwabiri, akaba ari kuzikorera ahantu hesnhi hatandukanye ku biyaga nahandi henshi hatandukanye bigendanye na buri ndirimbo uko imeze. Buretse kandi ifatwa ryayo mashusho yizo ndirimbo, arakomeje kandi no gutaramira abakunzi be mu bitaramo n’ibiterane bitandukanye aba yatumiwemo.
Patrick Kanyamibwa
IZINDI NKURU BIJYANYE NIYO URANGIJE GUSOMA:
By Blogsdna
|
[
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"eng_Latn"
] |
allowed
|
aa014910a2a582433f7103603f20df7f
|
keep
|
[] |
[
5.5,
6.7,
10,
10,
10,
10,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121004123520-crawl335/WIDE-20121004130524-01365.warc.gz
| 501,340,500 | 10,991 | 48,837 |
http://ruhagoyacu.com/spip.php?article4586
|
text/html
| 2012-10-04T13:14:29 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] |
[
0.9995,
0.0005,
0
] |
Rutahizamu w’ikipe ya Olympic Atletico yi Burundi, Didier Kavumbagu nyuma yo kugera mu gihugu cya Tanzania kuwa gatanu tariki ya 3/08/2012, uyu mukinnyi yeretswe abakunzi b’ikipe ya Young Africans Sports Club ahita atangira no gukorera ikipe ye shya.
Didier Kavumbagu wakiniye ikipe ya Olympic Atletico mu irushanwa rya CECAFA Kagame Cup 2012 ikipe yaviriyemo muri 1/4 kirangiza ikuwemo n’ikipe ya URA yo muri Uganda.
Umukinnyi Didier Kavumbagu nyuma yo gukina neza muri iryo rushanwa nibwo ikipe ya Young Africans, yavuganye n’ikipe ye ndetse nawe ubwe kugiti cye ngo azayikinire mu gihe cy’imyaka ibiri uyu mukinnyi unakinira ikipe y’igihugu y’Uburundi.
Didier Kavambagu yavutse tariki ya 02/05/1988 mu mujyi wa Bujumbura mu Burundi, yatangiye gukina umupira akinira mu mihanda na bandi bana, mbere yuko ahamagarwa mu ikipe y’igihugu y’Uburundi y’abakinnyi bari munsi y’imyaka 17 mu mwaka 2006, yanitabiriye imikino ya CECAFA U-17 yabereye mu kirwa cya Zanzibar.
Ikipe ya Young Africans yatangiye imyitozo kuwa gatanu tariki ya 3/08/2012 yitegura shampiyona izatangira mu kwezi kwa cyenda. Kuwa Gatandatu tariki ya 4/08/2012 Didier Kavumbagu nawe yatangiye imyitozo na bagenzi be batozwa na Tom Saintfiet ku kibuga cy’ishuri cya Loyola.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
6661d95e84812d94db0c58ca083afd40
|
keep
|
[] |
[
6.7,
10,
10,
10,
8.9,
9.3,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121213123346-crawl419/WIDE-20121213175848-07070.warc.gz
| 305,861,228 | 10,809 | 52,426 |
http://www.igihe.com///imikino/football/?debut_gh_news=12
|
text/html
| 2012-12-13T19:25:15 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] |
[
0.9985,
0.0015,
0
] |
Mu irushanwa ry’igikombe cya CECAFA riri kubera muri Uganda, u Rwanda nyuma yo gutsinda Malawi ku mukino wa mbere, rwagabanyije icyizere...
Rayon Sports na Kiyovu byanganyije ubusa ku busa (0-0), mu mukino wamaze iminota 28, aho igice cya mbere cyamaze iminota 18, igice cya kabiri...
Wilfried Zaha, umukinnyi w’umupira w’amaguru mu Bwongereza mu ikipe ya Crystal Palace mu cyiciro cya kabiri, kuri ubu amakipe akomeye mu cyiciro...
Mu mukino wa mbere Amavubi yakinnye mu gikombe cy’amakipe yo mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba n’iyo hagati (CECAFA), yatangiye yitwara neza...
Imikino ya CECAFA y’ibihugu yatangiye ikipe ya Uganda (the Cranes), itsinda Kenya Harambee Stars igitego kimwe ku busa (1-0).
Ikipe ya Uganda...
Ishuri ryigisha umupira w’amaguru rya Gatsibo (Gatsibo Football Academy) ribifashijwemo na sosiyete y’itumanaho ya Airtel, rigiye kugirana...
Nyuma y’aho amakipe ya Manchester City na Chelsea zitsindiwe mu mikino y’amakipe yabaye aya mbere iwayo, kuri iki cyumweru aya makipe yombi...
Imikino ya CECAFA ihuza amakipe y’ibihugu igiye kubera muri Uganda yitabiriwe n’ibihugu cumi na bibiri, igihugu cya Kenya cyari cyaratangaje ko...
Ubwo ku wa gatandatu tariki ya 24 kugeza tariki 8 Ukuboza 2012, amakipe y’ibihugu byo muri aka karere biza kuba bihatana mu mupira w’amaguru mu...
Man City ikipe yatwaye igikombe cya shampiyona mu Bwongereza umwaka ushize gukomeza mu irushanwa ry’amakipe yabaye ayambere iwayo bikomeje kuba...
Nyuma y’aho ikipe ya Chelsea yo mu Bwongereza itsindiwe ibitego 3-0 n’ikipe ya Juventus yo mu Butaliyani, umutoza Roberto Di Matteo yahise yerekwa...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) riherutse gutanga ikirego mu Ishyirahamwe y’Umupira w’amaguru muri Afurika (CAF) rirega...
Umukinnyi Haruna Niyonzima usanzwe ukinira ikipe y’Igihugu y’u Rwanda Amavubi na Yanga yo muri Tanzania, yasinye amasezerano y’imyaka 3 yo gukinira...
Abashinzwe gukurikirana abakinnyi (scouts) bari bamaze iminsi mu Rwanda bashaka abakinnyi bakohereza mu Bwongereza, bashimye cumi n’umwe bakina...
Kuwa gatandatu
Isonga 0-2 Rayon Sport (Stade Regional) Etincelles 1-0 Mukura (Stade Umuganda) Espoir FC 1-0 La Jeunesse (Rusizi)
Ku...
Aka gahigo kari karaciwe n’Umudage wakinaga muri Bayern Munich Gerd Muller, wanyeganyeje inshundura z’amazamu inshuro 85 mu mwaka w’1972.
Ku...
Mu mukino wa nyuma w’igikombe cya CECAFA waberaga ku kibuga kitiriwe Mandela i Kampala muri Uganda, ikipe y’igihugu ya Uganda yatsinze iya Kenya...
Nyuma y’aho ku munsi wa 9 wa shampiyona Primus National Football League, Police FC itsindiye Muhanga FC ibitego 2 ku busa, byayihaye amahirwe yo...
Ikipe ya Manchester United mu Bwongereza, kuri iki cyumweru tariki ya cyenda Ukuboza 2012 yashyize ikinyuranyo cy’amanota atandatu hagati yayo na...
Abashinga amakipi y’umupira w’amaguru abenshi baba bazi ko babonye inzira yo kugera ku mafaranga, kuko akenshi baba bizeye ko imikino yose...
Nyuma yo guhanishwa kumara imyaka itanu adatoza ikipe iyo ari yo yose mu Rwanda, umutoza Jean Marie Ntagwabira wahagaritswe atoza ikipe ya Rayon...
Aka gahigo kari karaciwe n’Umudage wakinaga muri Bayern Munich Gerd Muller, wanyeganyeje inshundura z’amazamu inshuro 85 mu mwaka w’1972.
Ku...
Abashinga amakipi y’umupira w’amaguru abenshi baba bazi ko babonye inzira yo kugera ku mafaranga, kuko akenshi baba bizeye ko imikino yose...
Umukinnyi Haruna Niyonzima usanzwe ukinira ikipe y’Igihugu y’u Rwanda Amavubi na Yanga yo muri Tanzania, yasinye amasezerano y’imyaka 3 yo gukinira...
Abashinzwe gukurikirana abakinnyi (scouts) bari bamaze iminsi mu Rwanda bashaka abakinnyi bakohereza mu Bwongereza, bashimye cumi n’umwe bakina...
Kuwa gatandatu
Isonga 0-2 Rayon Sport (Stade Regional) Etincelles 1-0 Mukura (Stade Umuganda) Espoir FC 1-0 La Jeunesse (Rusizi)
Ku...
Ikipe ya Manchester United mu Bwongereza, kuri iki cyumweru tariki ya cyenda Ukuboza 2012 yashyize ikinyuranyo cy’amanota atandatu hagati yayo na...
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"fra_Latn",
"kmb_Latn",
"run_Latn",
"kmb_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kmb_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"fra_Latn",
"kmb_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
cc53cf0557738c05150c2b157f79240e
|
keep
|
[] |
[
5.3,
9.5,
10,
8.9,
10,
9.9,
7.8,
0,
0
] |
./WIDE-20121213123346-crawl419/WIDE-20121213175848-07070.warc.gz
| 368,765,268 | 10,740 | 51,913 |
http://www.igihe.com///imikino/football/?debut_gh_news=48
|
text/html
| 2012-12-13T19:43:40 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] |
[
0.9988,
0.0012,
0
] |
Mu mukino wa shampiyona y’umupira w’amaguru icyiciro cya mbere mu Bwongereza Arsenal yatsinze QPR igitego kimwe ku busa kuri uyu wa 27 Ukwakira...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) n’uruganda rwega ibinyobwa (BRALIRWA), basinyanye amasezerano mashya yo gutera inkunga...
Ikipe y’Ingabo z’u Rwanda y’umupira w’amaguru mu cyiciro cya mbere irakina umukino wa gicuti na n’ikipe ya Simba, ikipe y’ingabo za Uganda (UPDF) ku...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Afurika (CAF) ryashyize ahagaragara amatsinda amakipe azakiniramo mu irushanwa ry’ibihugu bya afurika (CAN...
Amakipe abafana ba ruhago baba bategereje ari benshi mu Rwanda, nta n’imwe yabashije kubashimisha ngo itahane amanota atatu yo ku munsi wa...
Mu irushanwa ry’igikombe cy’amakipe yabaye aya mbere iwayo ku mugabane w’u Burayi (UEFA Champions league ) amakipe akomeye i arimo guhura n’uruva...
Umukinnyi ukinira ikipe ya Manchester United Rio Ferdinand, ngo iyi kipe yemeye kongera kumusinyisha amasezerano y’umwaka umwe muri iyi kipe....
Umukinnyi ukina hagati mu ikipe ya Chelsea mu Bwongereza umaze kuyitsindira ibitego bigera kuri 6 mu mikino 5 amaze gukina kuva shampiyona...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryagejeje ikirego mu Ishyiramwe ry’umupira w’amaguru muri Afurika(CAF), rirega Botswana ko...
Ku munsi wa Gatanu wa shampiyona y’Igihugu mu mupira w’amaguru, Rayon Sports yatsinze Polisi FC ibitego 2 ku busa mu mukino wabereye kuri Stade...
Mu irushanwa ry’amakipe yabaye ayambere iwayo ku mugabane w’Afurika(Champions league), ikipe y’umupira w’amaguru TP Mazembe yasezerewe na Espérance...
Mu irushanwa ryo guhatanira itike yo kuzakina imikino ya nyuma y’igikombe cya Afurika 2013 mu batarengeje imyaka 17, ikipe y’Igihugu cya Botswana...
Umukinnyi Haruna Niyonzima usanzwe ukinira ikipe y’Igihugu y’u Rwanda Amavubi na Yanga yo muri Tanzania, yasinye amasezerano y’imyaka 3 yo gukinira...
Abashinzwe gukurikirana abakinnyi (scouts) bari bamaze iminsi mu Rwanda bashaka abakinnyi bakohereza mu Bwongereza, bashimye cumi n’umwe bakina...
Kuwa gatandatu
Isonga 0-2 Rayon Sport (Stade Regional) Etincelles 1-0 Mukura (Stade Umuganda) Espoir FC 1-0 La Jeunesse (Rusizi)
Ku...
Aka gahigo kari karaciwe n’Umudage wakinaga muri Bayern Munich Gerd Muller, wanyeganyeje inshundura z’amazamu inshuro 85 mu mwaka w’1972.
Ku...
Mu mukino wa nyuma w’igikombe cya CECAFA waberaga ku kibuga kitiriwe Mandela i Kampala muri Uganda, ikipe y’igihugu ya Uganda yatsinze iya Kenya...
Nyuma y’aho ku munsi wa 9 wa shampiyona Primus National Football League, Police FC itsindiye Muhanga FC ibitego 2 ku busa, byayihaye amahirwe yo...
Ikipe ya Manchester United mu Bwongereza, kuri iki cyumweru tariki ya cyenda Ukuboza 2012 yashyize ikinyuranyo cy’amanota atandatu hagati yayo na...
Abashinga amakipi y’umupira w’amaguru abenshi baba bazi ko babonye inzira yo kugera ku mafaranga, kuko akenshi baba bizeye ko imikino yose...
Nyuma yo guhanishwa kumara imyaka itanu adatoza ikipe iyo ari yo yose mu Rwanda, umutoza Jean Marie Ntagwabira wahagaritswe atoza ikipe ya Rayon...
Aka gahigo kari karaciwe n’Umudage wakinaga muri Bayern Munich Gerd Muller, wanyeganyeje inshundura z’amazamu inshuro 85 mu mwaka w’1972.
Ku...
Abashinga amakipi y’umupira w’amaguru abenshi baba bazi ko babonye inzira yo kugera ku mafaranga, kuko akenshi baba bizeye ko imikino yose...
Umukinnyi Haruna Niyonzima usanzwe ukinira ikipe y’Igihugu y’u Rwanda Amavubi na Yanga yo muri Tanzania, yasinye amasezerano y’imyaka 3 yo gukinira...
Abashinzwe gukurikirana abakinnyi (scouts) bari bamaze iminsi mu Rwanda bashaka abakinnyi bakohereza mu Bwongereza, bashimye cumi n’umwe bakina...
Kuwa gatandatu
Isonga 0-2 Rayon Sport (Stade Regional) Etincelles 1-0 Mukura (Stade Umuganda) Espoir FC 1-0 La Jeunesse (Rusizi)
Ku...
Ikipe ya Manchester United mu Bwongereza, kuri iki cyumweru tariki ya cyenda Ukuboza 2012 yashyize ikinyuranyo cy’amanota atandatu hagati yayo na...
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"fra_Latn",
"kmb_Latn",
"run_Latn",
"kmb_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kmb_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"fra_Latn",
"kmb_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
50821e4fe8a8a8484390d05b673046d0
|
keep
|
[] |
[
5.2,
9.5,
10,
8.9,
9.4,
10,
7.8,
0,
0
] |
./WIDE-20121108003050-crawl410/WIDE-20121108032317-05315.warc.gz
| 757,853,433 | 10,608 | 35,650 |
http://www.therwandan.com/ki/london-2012-ikipe-yu-rwanda-yageze-muri-village-olympique/
|
text/html
| 2012-11-08T08:16:15 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] |
[
0.9619,
0.038,
0
] |
London 2012: Ikipe y’u Rwanda yageze muri Village Olympique
Amakuru dukesha Kajugiro Sebarinda uri i London mu Bwongereza ahateganyijwe gutangira imikino Olempike 2012 kuva tariki ya 27/07/2012.
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yari imaze ibyumweru bibiri by’imyiteguro ahantu bita BURY ST EDMUNDS, kuva kuwa gatanu tariki 20/07/2012 nibwo yinjiye muri Village Olympique iri ahitwa STRATFORD, ni mu burengerazuba bwa LONDON. Abakinnyi bagiye kureba aho bazajya bakorera imyitozo, kandi muri rusange nta kibazo gihari uretse icy’umuyaga n’imvura byinganje muri iyi minsi mu mujyi wa London.
Adrien Niyonshuti ukomeje imyitozo akazagera i London mu ntangiriro z’icyumweru gitaha, mu bakinnyi b’u Rwanda hiyongereyemo NIYOMUGABO JACKSON ukora natation/ swimming wabonye invitation. Ni nawe mukinnyi wenyine wari mu mikino olempike yabereye BEIJING muri 2008, akazagera i London mu ntangiriro z’icyumweru gitaha.
Abakinnyi bagiye bahagarariye u Rwanda muri Olempike 2012
1.NIYONSHUTI Adrien ( mountain bike)
2.MVUYEKURE Jean Pierre ( marathon)
3.KAJUGA Robert ( 10.000 m)
4.SEKAMANA UWASE Fred Yannick ( judo)
5.AGAHOZO Alphonsine ( swimming)
6.MUKASAKINDI Claudette ( marathon)
7. NIYOMUGABO JACKSON ( Swimming )
NIYONSABA Madjaliwa
Source: Ruhagoyacu.com
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"eng_Latn",
"ltz_Latn",
"sun_Latn",
"bam_Latn",
"eng_Latn",
"lim_Latn",
"eng_Latn",
"swh_Latn",
"ita_Latn"
] |
allowed
|
e89ae3929b2b496936c8041ee5eca23f
|
keep
|
[] |
[
6,
8.3,
10,
9.5,
10,
9.3,
10,
2,
0
] |
./WIDE-20121011045130-crawl412/WIDE-20121011052730-01264.warc.gz
| 5,373,366 | 6,277 | 18,647 |
http://imurenge.com/readnews.php?id=35
|
text/html
| 2012-10-11T05:27:56 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] |
[
0.87,
0.1301,
0
] |
CALIFORNIA, USA - Grace Faraja n’umuririmbyikazi w’Umunyamurenge umaze gutera intambge ifatika m’umuziki. Hariho byinshi abaririmbyi bagenzi be, ndetse n’undi wese wumva akeneye kuzaba umuririmbyi, bashobora kumwigiraho. Mu makkuru yacu yatambutse, twababgiye yuko ariwe wazanye igitekerezo, hano muri Amerika, c’ihuriro ry’abaririmbyi bakomoka mu bihugu bya Afurika yo hagati ndetse n’iyo mu burasirazuba. Igitekerezo ce cashizwe mu bikorwa, aho ubu hamaze gutangizwa iri huriro. Rikaba ryitwa ngo Central and East Africa Gospel Artists Association (CEAGA). Imurenge.com yagize amatsiko yo kumenya Grace Faraja uwo ariwe, iramwegera yemera gutanga ikiganiro mugiye gukurikira.
Imurenge.com: Amakuru namaki Grace?
Grace: Ni meza.
Imurenge.com: Tangira wibgira abakunzi ba Imurenge.com
Grace: NItwa Grace Faraja.
Imurenge.com: Wavukiye he, wakuriye he?
Grace: Navukiye i Bukavu. Nakuriye i Kinshasa, Kongo no muri Nairobi, Kenya.
Imurenge.com: Waba se wubatse cangwa nturubaka?
Grace: Ndubatse mfite umugabo umwe.
Imurenge.com: Niba atari ibanga, watubgira izina ry’uwo mwubakanye?
Grace: Umufasha wanje yitwa Horaho Denis Nkunda.
Imurenge.com: Reka tuje mu bijanye n’umuziki wawe, watangiye kuririmba ryari?
Grace: Natangiye kuririmba mfite imyaka 5, aho naririmbaga muri korari y’abana. Maze kuzuza imyaka 10, natangiye kuririmba muri korari y’abantu bakuru. Ku myaka 16, natangiye guhimba indirimbo no gufasha abaririmbyi batandukanye kuririmba. Ibi nabikoreye i Bukavu mw’i kanisa rya Philadelphia, yuko niho nasengeraga.
Imurenge.com: Waba se uzi no gucuranga?
Grace: Yego. Ngerageza gucuranga piano n’i kidari.
Imurenge.com: Ico uzi gucuranga neza kurusha ikindi n’ikihe?
Grace: Piano niyo nzi gucuranga kurusha i kidari.
Imurenge.com: Indirimbo waba waratangiyeho guhimba yitwa gute?
Grace: Yitwa Nafsi yangu.
Imurenge.com: Wayihimbye ryari?
Grace: Nayihimbye mfite nk’imyaka 17 cangwa 18, sinibuka neza ariko ico gihe nari ngiye kurangiza umwaka wa gatandatu wo hejuru
Imurenge.com: N’iyihe mpamvu yaguteye kuyihimba?
Grace: Nabitewe na Papa wanje yuko twari mu bihe by’amasengesho kandi buri wese yari afite igihe co kuyobora amasengesho yo murugo. Ndibuka neza ico gihe Papa yariko atwigisha imbaraga zo gukorera Imana ndetse n’imigisha ibamo. Ico gihe nasomye igitabo ca Zaburi menya ukuntu Dawidi yaririmbiraga Imana, atitaye ku bigaragara kandi yarahimbazaga mu kuri. Mbese ico yakoraga cose yagikoraga atitaye kuba ari Umwami. Numvise ko ar’ubuntu bginshi cane kuba narahawe impano yo kuririmba.
Imurenge.com: Grace, hano dufite CD yawe nziza cane, wayisohoye ryari?
Grace: Nayisohoye mu mwaka w’2007 i Nairobi.
Imurenge.com: Ni hehe indirimbo zawe zishobora kuboneka kubazishaka?
Grace: Ubu zishobora kuboneka muri iTunes.
Imurenge.com: Umuntu ategereye indirimbo zigize iyi alubumu, yumva ziri mu ndimi zitandukanye, uririmba mu ndimi zingahe?
Grace: Iyi alubumu irimo indirimbo ziri mu ndimi zigera kuri zitanu ariko ubusanzwe ndirimba mu ndimi zirenga 10.
Imurenge.com: Urashobora kuzitubgira?
Grace: Ndirimba mu Kinyamurenge, Ikizulu, Igifaransa, Icongereza, Iringara, Igiswahiri, Ikinyarwanda, Ikirundi, Igipotuge (Portuguese), Igispanish, Amharic, Ikikuyu, hamwe n’Ikikamba.
Imurenge.com: Ni iyihe gahunda ufite mu bijanye n’umuziki wawe?
Grace: Ndabizi yuko Imana yampaye ijwi no kuyiririmbira. Ndabizi yuko mu kuririmba kwanje hariho ibitangaza Imana izakora; abarwayi bazahakirira n’ibindi bitangaza byinshi. Ikindi kandi mfite gahunda yo gufasha bene data, urubyiruko rudakijijwe, kugira ngo baze badusange dukorere Imana. Ikindi n’ukwigisha akamaro ko gukoresha impano Imana yahaye umuntu; nzifatikanya n’abandi baririmbyi babyigiye kugira ngo tugere kuri uyu mugambi.
Imurenge.com: Niki utekereza ku baririmbyi b’i Murenge, ubona se umuziki wabo umeze gute?
Grace: Nasanze iwacu dufite ikintu kidasanzwe kandi kitaboneka mu bandi, ico naco n’igisirimba. Ibyo n’ibyiza cane yuko tubyereka abandi hakaboneka itandukaniro rifatika. Ariko igisirimba ntikizadufasha ahantu hose tuzaja. Abaririmbyi bacu turacari hasi yuko ntidushaka kwishira hamwe n’abandi baririmbyi bakomeye. Ni byiza ko twiga kuririmbana ubuhanga kugira ngo nitunasubira iwacu tuzagire ikintu ciza tuzajana. Dufite abaririmbyi beza cane ariko aho tugeze hose twakagombye kumenya kuririmba nkuko abandi baririmba ndetse tukaririmba no mu ndimi zitandukanye kugira ngo tuvuge ubutumwa mu mahanga.
Imurenge.com: Niki wabgira abakunzi bawe?
Grace: Ntibakibagirwe ibyo Imana idukorera buri munsi kandi ndasaba abaririmbyi bose kutazibagirwa gukorera Imana nkuko bayikoreraga iwacu i Murenga. Ndasaba n’abasubiye inyuma kugaruka ku murongo.
Imurenge.com: Urakoze cane ku kiganiro uduhaye.
Grace: Namwe murakoze.
Dore zimwe mu ndirimbo ze dufite hano ku Imurenge.com: NAJA KWAKO, SPIRINTO SANTO.
Tubibutse ko muri iyi alubumu ya Grace Faraja, yise NAJA KWAKO, irimo ijwi ryiza ry’umuhungu, uyu nawe akaba ari musaza we witwa Benjamin Karomo.
Twifurije Grace Faraja kuzagera kuri gahunda yihaye.
Hashize iminsi mike uwari pasiteri KEGA HABIMANA yirubuye mw'idini rya ISLAM. Yijeje Abayisilamu bagenzi be ko agiye gushaka abayoboke mu Banyamurenge no kubaka imisigiti i Murenge. Twashatse kumenya ico abantu babivugaho, maze dutegura utubazo duke (SONDAGE) kugira ngo tumenye uko abantu babyifashemo. Fata akanya gato usubize utwo tubazo. Izina ryawe ntirisabga. Genda i bumoso bgawe, munsi y'ahanditse ngo "Bimwe mu bikorwa by'Abanyamurenge batuye mu mahanga", urabona ahanditse ngo "ISLAM MU BANYAMURENGE: TANGA IBITEKEREZO". Nukanda munsi yaho, urabona ibyo bibazo. Murakoze.
|
[
"run_Latn",
"cat_Latn",
"swh_Latn",
"run_Latn",
"swh_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"swh_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"cat_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn"
] |
allowed
|
f72b8dc6d1df4e557148d8a86ce0ce3f
|
keep
|
[] |
[
5.2,
5.8,
10,
9.4,
10,
10,
10,
3,
5.4
] |
./WIDE-20121011045130-crawl412/WIDE-20121011052730-01264.warc.gz
| 21,928,701 | 5,289 | 15,704 |
http://imurenge.com/readnews.php?id=323
|
text/html
| 2012-10-11T05:28:45 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] |
[
0.9452,
0.0548,
0
] |
AMERIKA - Niposho ku minsi 15/09/2012, inzego z’umutekano za Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo zikorera mu muji wa Bukavu zataye mu buroko abagabo batatu b’Abanyamurenge. Ubu bivugwa ko bafungiwe mu kigo ca gisirikare citwa Camp Sayo. Umwe murabo bagabo, n’umugabo w’Umusinzira witwa Ruhara usanzwe adandaza inka muri Congo.
Yarafatiwe ku mupaka wa Rusizi ya kabiri, ubgo yaravuye kwishuza ifaranga z’inka ziwe. Amakuru agera ku Imurenge.com, avuga ko ubgo bamufataga yari afite ifaranga ibihumbi bitandatu by’amadolare (6,000$). Umukozi ushinzwe abinjira n’abasohoka (DGM) tutamenye amazina ye, ariko ukorera ku mupaka wa rusizi ya kabiri yagerageje gutabara uyu Ruhara ntibyamushobokera bitewe n’imbaraga ndetse n’uburyo bgakoreshe n’abari baje kumufata.
Si Ruhara wenyine wafashwe uwo munsi, ahubgo hari n’abandi bagabo babiri b’Abanyabyinshi nabo badandaza inka bafunganywe na Ruhara muri Camp Sayo. Amakuru avugwa n’abantu batandukanye, yemeza ko abo bagabo bose ari inyangamugayo ndetse ko bativangaga mu bintu bya politike biteye muri iyi minsi. Andi makuru adafite gihamya ariko akomeza kuvugwa mu bantu, ngo aba bagabo bashobora kuba barafashwe bitewe na Bagaza usanzwe afungiwe politike; bivugwa yuko uyu Bagaza ashobora kuba avuga abantu bose bakoranaga nawe mu bintu bya politike. Tubibutse yuko Bagaza yafatiwe mu Kamanyura azira kujabutsa abasore baja kurwana; akaba yarafashwe nyuma ya Sebatware Willy wafatiwe i Buvira. Ukuri kuri aya makuru avugwa kuri Bagaza, ntawaguhagararaho, dore ko ibyo abazwa n’aho abarizwa bizwi n’inzego z’umutekano za Congo gusa.
Nanone mw’ijoro rya niyinga, ku minsi 16/09/2012, kw’i poro (ikivuko) aho ibyombo biva i Goma-Bukavu bihagarara, hafashwe abandi basore bane b’Abanyamurenge bari bavuye i Goma, ndetse n’undi wari uvuye i Kampala. Ubu bose bakaba bacumbikiwe mu kigo ca gisirikare kiri i Camp Sayo.
Mu gace k’i Buvira, umunsi w’akarizirimwe, ku minsi 10/09/2012, hari hafungiwe undi musore w’Umunyamurenge witwa Mutungwa Jacques. Uyu musore akaba yari avuye ku Ndondo, mu Kagogo. Igiswahili gike ndetse n’ikarita imuranga yafatiye i Goma, nibyo byatumye bamuhindura umuyoboke wa M23. Yamaze iminsi itatu afunzwe, aho yaje gutabarwa n’ifaranga 100$.
Politike iri muri Congo muri iyi minsi iteye urujijo kandi izahushukana benshi nihataba kwitonda.
Imurenge.com
Hashize iminsi mike uwari pasiteri KEGA HABIMANA yirubuye mw'idini rya ISLAM. Yijeje Abayisilamu bagenzi be ko agiye gushaka abayoboke mu Banyamurenge no kubaka imisigiti i Murenge. Twashatse kumenya ico abantu babivugaho, maze dutegura utubazo duke (SONDAGE) kugira ngo tumenye uko abantu babyifashemo. Fata akanya gato usubize utwo tubazo. Izina ryawe ntirisabga. Genda i bumoso bgawe, munsi y'ahanditse ngo "Bimwe mu bikorwa by'Abanyamurenge batuye mu mahanga", urabona ahanditse ngo "ISLAM MU BANYAMURENGE: TANGA IBITEKEREZO". Nukanda munsi yaho, urabona ibyo bibazo. Murakoze.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"cat_Latn",
"kin_Latn"
] |
allowed
|
edb318ad30f596b1614b7dddb25098ee
|
keep
|
[] |
[
7.2,
8,
10,
9.6,
10,
10,
10,
4,
7.2
] |
./WIDE-20121118193046-crawl417/WIDE-20121118203423-06845.warc.gz
| 344,456,690 | 7,711 | 31,195 |
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1210140451
|
text/html
| 2012-11-18T21:06:50 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] |
[
0.957,
0.043,
0
] |
Abafana ba Senegal bari bivuganye abakinnyi ba Ivory Coast (VIDEO)
Umukino wo kwishyura mu gushaka itike y’igikombe cya Afurika wahuzaga Senegal na Ivory Coast ntiwabashije kurangira bitewe n’imvururu z’abafana ba Senegal babonye ikipe yabo itsinzwe ibitego 2-0 bagatangira gucana imiriro bayitera mu kibuga.
Habaye ah'ingufu z'igipolisi.
Umukino ubanza wahuje aya makipe wabereye muri Ivory Coast, Senegal yari yatsinzwe ibitego 4-2. Yari ikeneye gutsinda byibura 2-0 iwayo ngo ibashe kubona itike.
Didier Drogba rutahizamu wa Ivory Coast rero ntago yaboroheye kuko ahubwo ariwe wabatsinze ibitego 2 harimo penaliti abafana batishimiye uburyo yatanzwe.
Akimara gushyiramo igitego cya kabiri amahirwe ya Senegal yahise ayoyoka maze abafana bamwe basohoka muri stade abandi basigara bateza akavuyo.
Abafana bari baherekeje Ivory Coast bahise bahungira mu kibuga mugihe abashinzwe umutekano bahanganaga n’imiriro yoherezwaga n’abafana ba Senegal.
Akavuyo k’abafana ku bibuga byo muri Afurika kamaze kuba umuco nyuma y’abantu benshi bamaze kugwa ku masitade kubera kutishimira ibivuye mu mukino bakarwana.
Abakinnyi ba Ivory Coast bavuye mu kibuga barinzwe na polisi baherekezwa kugera ku kibuga cy’indege.
Ibyari ikibuga byaje guhinduka ibindi.
Mu mpande zose za Stade ntibyari byoroshye.
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Afurika rikaba rishobora guhana ryihanukiriye ibikorwa nk’iki kndetse bikazanabera isomo abafana bayo hamwe n'ibindi bihugu.
Reba Video y'uko byari byifashe hano:
Rutaganda Ponny
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"scn_Latn"
] |
allowed
|
83fe42bf710a2f28b8d99432023b729e
|
keep
|
[] |
[
7.4,
9.2,
10,
10,
10,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121004123520-crawl335/WIDE-20121004124301-01363.warc.gz
| 12,448,592 | 10,622 | 47,798 |
http://ruhagoyacu.com/spip.php?article1921
|
text/html
| 2012-10-04T12:43:33 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kik_Latn"
] |
[
0.9997,
0.0004,
0
] |
Emile
Kuri uyu wa kene ikipe ya SIMBA yo mu gihugu cya Tanzania yabonye itke yo gukina umukino wanyuma w’igikombe cya CECAFA KAGAME CUP 2011 kiri kubera muri Tanzania imaze gusezerera ikipe ya El Mereikh.
Ni umukino amakipe yombi yari yanganyijwemo igitego kimwe kuri kimwe maze bitabaza penaliti , ikipe ya Simba ibasha gutsinda 6 kuri 5 za El Mereikh.
Ibi bikaba bituma ikipe ya Simba ihita igera ku mukino wanyuma ikaba itegereje ikipe bagomba gukina ku mukino wanyuma hagati ya Yanga na St George zigomba kwisobanura kuri uyu wa gatanu.
|
[
"ltz_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
58c3add6feede55f669f139134c74e4e
|
keep
|
[] |
[
7.7,
10,
10,
9.6,
10,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121004123520-crawl335/WIDE-20121004124301-01363.warc.gz
| 60,319,318 | 11,145 | 49,555 |
http://ruhagoyacu.com/spip.php?article4260
|
text/html
| 2012-10-04T12:45:27 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] |
[
0.9968,
0.0032,
0
] |
Kuri uyu w agatatu tariki 13/06/2012 nibwo ikipe y’igihugu y’Uburundi , Intamba mu Rugamba yahagarutse ibujumbura yerekeza i Harare muri Zimbabwe.
Ni mu rwego rw’umukino wo kwishyura mu gushakisha itike yo kujya mu mikino y’amajonjora yo gushaka itike y’igikombe cy’Africa 2013.
Intamba mu Rugamba zijya guhaguruka zikaba zahawe amafaranga y’ishimwe asaga na miliyoni kuri buri mukinnyi , aya mafaranga akaba yatanzwe na Général Adolphe NSHIMIRIMANA usanzwe afasha umurwi wa Muzinga FC.
Muri uyu mukino Intamba mu Rugamba zigiye gukina muri Zimbabwe ku itariki ya 17/06/2012 zirasabwa kunganya cyangwa zigatsinda kugirango zibashe gukomeza.
Abakinnyi berekeje muri Zimbabwe :
Abanyezamu :
Myugariro:
Mu kibuga hagati:
Rutahizamu:
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"zul_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
4c1d707804d820e6f2a32a06152be751
|
keep
|
[] |
[
7,
10,
10,
10,
9.2,
9.5,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121004123520-crawl335/WIDE-20121004124301-01363.warc.gz
| 61,044,289 | 10,885 | 48,667 |
http://ruhagoyacu.com/spip.php?article2949
|
text/html
| 2012-10-04T12:45:31 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] |
[
0.9989,
0.0011,
0
] |
Joe
Tombola y’uko amakipe azahura mu matsinda muri CECAFA Tusker Challenge Cup 2011 yamaze kujya ahagararagara aho u Rwanda rwashyizwe mu itsinda A hamwe na Tanzania , Ethiopia na Djibouti.
Iri rushanwa rihuza amakipe y’ibihugu by’Africa byo mu karere k’Ibirasirazuba n’iyo Hagati ritaganyijwe ko rizabera Dar es Salaam, Tanzania guhera tariki 25/11 kugeza 10/12/2011.
Mu yandi matsinda, Uganda iri kumwe na Burundi, Zanzibar na Somalia mu Itsinda B mu gihe Sudan iri kumwe na Kenya, Malawi hamwe na Eritrea mu Itsinda C.
Akimara kumenya uko tombola yagenze , umutoza w’u Rwanda Micho yatangarije Ferwafa.com ko anejejwe no guhangana gukomeye kuzaboneka muri iyi CECAFA kandi ko agiye gukora cyane kugirango u Rwanda rurenge amatsinda.
Biteganyijwe ko gahunda n’aho imikino izabera bizatangazwa mbere y’impera z’iki cyumweru.
Uko amatsinda ahagaze :
Itsinda A
Tanzania, Rwanda, Ethiopia na Djibouti.
Itsinda B
Uganda, Burundi, Zanzibar na Somalia.
Itsinda C
Sudan, Kenya, Malawi na Eritrea.
|
[
"zho_Hans",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"swh_Latn",
"kin_Latn",
"swh_Latn",
"kin_Latn",
"swh_Latn"
] |
allowed
|
3bbb005fd7b70f0873729f02c8241667
|
keep
|
[] |
[
6.8,
8.8,
10,
9.8,
10,
9.9,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121127160022-crawl419/WIDE-20121127181414-06600.warc.gz
| 788,548,677 | 10,713 | 54,734 |
http://www.igihe.com///imikino/football/?debut_gh_news=36
|
text/html
| 2012-11-27T20:29:13 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] |
[
0.9998,
0.0002,
0
] |
Ikipe y’Ingabo z’u Rwanda y’umupira w’amaguru mu cyiciro cya mbere irakina umukino wa gicuti na n’ikipe ya Simba, ikipe y’ingabo za Uganda (UPDF) ku...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Afurika (CAF) ryashyize ahagaragara amatsinda amakipe azakiniramo mu irushanwa ry’ibihugu bya afurika (CAN...
Amakipe abafana ba ruhago baba bategereje ari benshi mu Rwanda, nta n’imwe yabashije kubashimisha ngo itahane amanota atatu yo ku munsi wa...
Mu irushanwa ry’igikombe cy’amakipe yabaye aya mbere iwayo ku mugabane w’u Burayi (UEFA Champions league ) amakipe akomeye i arimo guhura n’uruva...
Umukinnyi ukinira ikipe ya Manchester United Rio Ferdinand, ngo iyi kipe yemeye kongera kumusinyisha amasezerano y’umwaka umwe muri iyi kipe....
Umukinnyi ukina hagati mu ikipe ya Chelsea mu Bwongereza umaze kuyitsindira ibitego bigera kuri 6 mu mikino 5 amaze gukina kuva shampiyona...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryagejeje ikirego mu Ishyiramwe ry’umupira w’amaguru muri Afurika(CAF), rirega Botswana ko...
Ku munsi wa Gatanu wa shampiyona y’Igihugu mu mupira w’amaguru, Rayon Sports yatsinze Polisi FC ibitego 2 ku busa mu mukino wabereye kuri Stade...
Mu irushanwa ry’amakipe yabaye ayambere iwayo ku mugabane w’Afurika(Champions league), ikipe y’umupira w’amaguru TP Mazembe yasezerewe na Espérance...
Mu irushanwa ryo guhatanira itike yo kuzakina imikino ya nyuma y’igikombe cya Afurika 2013 mu batarengeje imyaka 17, ikipe y’Igihugu cya Botswana...
Umukino ikipe y’Isonga yagombaga gukina ku munsi wa gatanu wa shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda wasubitswe.
Impamvu yabiteye ni uko Isonga...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Burayi (UEFA) kuwa 18 Ukwakira 2012 ryahanishije ikipe ya La Lazio Rome ihazabu y’Amayero 40 000 kubera abafana...
Nyuma y’aho amakipe ya Manchester City na Chelsea zitsindiwe mu mikino y’amakipe yabaye aya mbere iwayo, kuri iki cyumweru aya makipe yombi...
Ishuri ryigisha umupira w’amaguru rya Gatsibo (Gatsibo Football Academy) ribifashijwemo na sosiyete y’itumanaho ya Airtel, rigiye kugirana...
Imikino ya CECAFA y’ibihugu yatangiye ikipe ya Uganda (the Cranes), itsinda Kenya Harambee Stars igitego kimwe ku busa (1-0).
Ikipe ya Uganda...
Imikino ya CECAFA ihuza amakipe y’ibihugu igiye kubera muri Uganda yitabiriwe n’ibihugu cumi na bibiri, igihugu cya Kenya cyari cyaratangaje ko...
Ubwo ku wa gatandatu tariki ya 24 kugeza tariki 8 Ukuboza 2012, amakipe y’ibihugu byo muri aka karere biza kuba bihatana mu mupira w’amaguru mu...
Man City ikipe yatwaye igikombe cya shampiyona mu Bwongereza umwaka ushize gukomeza mu irushanwa ry’amakipe yabaye ayambere iwayo bikomeje kuba...
Nyuma y’aho ikipe ya Chelsea yo mu Bwongereza itsindiwe ibitego 3-0 n’ikipe ya Juventus yo mu Butaliyani, umutoza Roberto Di Matteo yahise yerekwa...
Mu mukino wa mbere Amavubi yakinnye mu gikombe cy’amakipe yo mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba n’iyo hagati (CECAFA), yatangiye yitwara neza...
Wilfried Zaha, umukinnyi w’umupira w’amaguru mu Bwongereza mu ikipe ya Crystal Palace mu cyiciro cya kabiri, kuri ubu amakipe akomeye mu cyiciro...
Ubwo ku wa gatandatu tariki ya 24 kugeza tariki 8 Ukuboza 2012, amakipe y’ibihugu byo muri aka karere biza kuba bihatana mu mupira w’amaguru mu...
Nyuma y’aho ikipe ya Chelsea yo mu Bwongereza itsindiwe ibitego 3-0 n’ikipe ya Juventus yo mu Butaliyani, umutoza Roberto Di Matteo yahise yerekwa...
Ishuri ryigisha umupira w’amaguru rya Gatsibo (Gatsibo Football Academy) ribifashijwemo na sosiyete y’itumanaho ya Airtel, rigiye kugirana...
Mu mukino wa mbere Amavubi yakinnye mu gikombe cy’amakipe yo mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba n’iyo hagati (CECAFA), yatangiye yitwara neza...
Wilfried Zaha, umukinnyi w’umupira w’amaguru mu Bwongereza mu ikipe ya Crystal Palace mu cyiciro cya kabiri, kuri ubu amakipe akomeye mu cyiciro...
Imikino ya CECAFA ihuza amakipe y’ibihugu igiye kubera muri Uganda yitabiriwe n’ibihugu cumi na bibiri, igihugu cya Kenya cyari cyaratangaje ko...
Nyuma y’aho amakipe ya Manchester City na Chelsea zitsindiwe mu mikino y’amakipe yabaye aya mbere iwayo, kuri iki cyumweru aya makipe yombi...
Man City ikipe yatwaye igikombe cya shampiyona mu Bwongereza umwaka ushize gukomeza mu irushanwa ry’amakipe yabaye ayambere iwayo bikomeje kuba...
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
7cbcc50451d83e192b369a7feb06d441
|
keep
|
[] |
[
5,
9.9,
10,
8.9,
9.2,
10,
7.3,
0,
0
] |
./WIDE-20121127160022-crawl419/WIDE-20121127181414-06600.warc.gz
| 912,822,420 | 10,860 | 55,627 |
http://www.igihe.com///imikino/football/?debut_gh_news=96
|
text/html
| 2012-11-27T20:50:52 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] |
[
0.9989,
0.0011,
0
] |
Mu mukino wa mbere w’irushanwa ry’amakipe yabaye ayambere iwayo ku mugabane w’u Burayi, Mancherster City yatangiye itsindwa na Read Madrid3-2 kuwa...
Irushanwa rihuza amakipe y’umupira w’amaguru y’abaye ayambere iwayo ku mugabane w’u Burayi (UEFA) riratangira kuri uyu wa Kabiri tariki ya 18 Nzeri...
Drogba na Anelka mu gihirahiro nyuma y’uko umuherwe agiye kubagabanya amafaranga.
Umuherwe Zhu Jun ufite imigabane igera kuri 28% y’ikipe ya...
Rayon Sports yegukanye igikombe cy’irushanwa ryo gushyigikira ‘Agaciro Development Fund’ nyuma yo gutsinda Mukura 1-0 ku cyumweru tariki ya...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 15 Nzeri 2012, kuri Stade Amahoro habereye imikino ya 1/2 cy’imikino yitiriwe Agaciro Development Fund" Rayon...
Ishyirahamwe nyarwanda rw’umupira w’amaguru n’iry’umukino w’amaboko (Basiketi) byateguye amarushanwa yo gukusanya umusanzu wabo binyuze mu makipe...
Umukinnyi w’umupira w’amaguru Andrés Iniesta agiye kuba ahagaritse gukina mu gihe cy’ibyumweru bibiri kubera imvune yakuye mu mukino wo kuwa 11 Nzeri...
Ibi byishimo ubisangana abakunzi b’umupira w’amaguru n’abafana b’ikipe y’Akarere ka Rusizi, Espoir FC. Impamvu yabyo rero ni inkuru y’impamo yahamijwe...
Uruganda rwa Blarirwa rusanzwe rutera inkunga shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda 100%, ubu muri shampiyona itaha FERWAFA itangaza ko undi...
Mu gihe Intara y’i Burasirazuba imaze gutangaza ko muri uyu mwaka ifite ikipi y’umupira w’amaguru izakina mu cyiciro cya kabiri, Akarere ka...
Nyuma y’aho mu Rwanda abataza b’umupira w’amaguru barenganga imbibe z’u Rwanda ari mbarwa, ku itariki 05 Nzeri 2012 hatangiye amahugurwa yo kuzamura...
Biravugwa ko ikipe ya Rayon Sports yasabye mukeba wayo APR ko bakina umukino wa gicuti mu rwego rwo gukusanya inkunga igenewe ikigega Agaciro....
Nyuma y’aho amakipe ya Manchester City na Chelsea zitsindiwe mu mikino y’amakipe yabaye aya mbere iwayo, kuri iki cyumweru aya makipe yombi...
Ishuri ryigisha umupira w’amaguru rya Gatsibo (Gatsibo Football Academy) ribifashijwemo na sosiyete y’itumanaho ya Airtel, rigiye kugirana...
Imikino ya CECAFA y’ibihugu yatangiye ikipe ya Uganda (the Cranes), itsinda Kenya Harambee Stars igitego kimwe ku busa (1-0).
Ikipe ya Uganda...
Imikino ya CECAFA ihuza amakipe y’ibihugu igiye kubera muri Uganda yitabiriwe n’ibihugu cumi na bibiri, igihugu cya Kenya cyari cyaratangaje ko...
Ubwo ku wa gatandatu tariki ya 24 kugeza tariki 8 Ukuboza 2012, amakipe y’ibihugu byo muri aka karere biza kuba bihatana mu mupira w’amaguru mu...
Man City ikipe yatwaye igikombe cya shampiyona mu Bwongereza umwaka ushize gukomeza mu irushanwa ry’amakipe yabaye ayambere iwayo bikomeje kuba...
Nyuma y’aho ikipe ya Chelsea yo mu Bwongereza itsindiwe ibitego 3-0 n’ikipe ya Juventus yo mu Butaliyani, umutoza Roberto Di Matteo yahise yerekwa...
Mu mukino wa mbere Amavubi yakinnye mu gikombe cy’amakipe yo mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba n’iyo hagati (CECAFA), yatangiye yitwara neza...
Wilfried Zaha, umukinnyi w’umupira w’amaguru mu Bwongereza mu ikipe ya Crystal Palace mu cyiciro cya kabiri, kuri ubu amakipe akomeye mu cyiciro...
Ubwo ku wa gatandatu tariki ya 24 kugeza tariki 8 Ukuboza 2012, amakipe y’ibihugu byo muri aka karere biza kuba bihatana mu mupira w’amaguru mu...
Nyuma y’aho ikipe ya Chelsea yo mu Bwongereza itsindiwe ibitego 3-0 n’ikipe ya Juventus yo mu Butaliyani, umutoza Roberto Di Matteo yahise yerekwa...
Ishuri ryigisha umupira w’amaguru rya Gatsibo (Gatsibo Football Academy) ribifashijwemo na sosiyete y’itumanaho ya Airtel, rigiye kugirana...
Mu mukino wa mbere Amavubi yakinnye mu gikombe cy’amakipe yo mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba n’iyo hagati (CECAFA), yatangiye yitwara neza...
Wilfried Zaha, umukinnyi w’umupira w’amaguru mu Bwongereza mu ikipe ya Crystal Palace mu cyiciro cya kabiri, kuri ubu amakipe akomeye mu cyiciro...
Imikino ya CECAFA ihuza amakipe y’ibihugu igiye kubera muri Uganda yitabiriwe n’ibihugu cumi na bibiri, igihugu cya Kenya cyari cyaratangaje ko...
Nyuma y’aho amakipe ya Manchester City na Chelsea zitsindiwe mu mikino y’amakipe yabaye aya mbere iwayo, kuri iki cyumweru aya makipe yombi...
Man City ikipe yatwaye igikombe cya shampiyona mu Bwongereza umwaka ushize gukomeza mu irushanwa ry’amakipe yabaye ayambere iwayo bikomeje kuba...
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
0fe0d4f40599de14c2481e986111c90e
|
keep
|
[] |
[
5,
10,
10,
9,
8.9,
10,
7.3,
0,
0
] |
./WIDE-20121115161650-crawl418/WIDE-20121115173701-05328.warc.gz
| 3,740,009 | 11,351 | 40,187 |
http://ijwiryarubanda.com/2012/04/abategetsi-baranduye-imyaka-yabaturage-muri-muganza/
|
text/html
| 2012-11-15T17:37:24 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] |
[
0.9833,
0.0167,
0
] |
Uyu munsi abaturage bo mu karere ka Muganza, bazindutse bashyirwa ku gahato ko kurandura imyaka bihingiye mu mirima yabo.
Kugira ngo bashobore kwongera amahirwe yo kwihaza mu biribwa, abaturage bari bagiye bavanga ibigori mu bishyimbo. Ariko ubutegetsi bwo mu karere ka Muganza kababwiye ko bagomba kurandura ibigori aho byatewe hagenewe ibishyimbo. Uyu munsi rero nibwo babahutsemo, babahatira kubirandura, bakavuga ko utabirandura bamuca amafaranga ibihumbi 20.
Ubwo uyu munsi inka ziririrwana ibondo kubera kugaburirwa ibigori byaranduwe, ariko abaturage bafite ishavu rikomeye kwumva ko ntaho bashobora kubaza kugira ngo iryo hohoterwa n’agahato k’abategetsi bihagarikwe.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
d4335e635fce46e1ce20322d41942d75
|
keep
|
[] |
[
8.1,
10,
10,
10,
10,
10,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121008192926-crawl419/WIDE-20121008200445-01390.warc.gz
| 707,737,788 | 10,867 | 57,660 |
http://www.igihe.com//imikino/football/?debut_gh_news=1584
|
text/html
| 2012-10-08T20:47:56 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] |
[
0.9964,
0.0036,
0
] |
Red devils yatangiye kurwana ku gikombe cyayo cya shampiyona ishimitse. Mu mukino wari wayihuje na Birmingham City i Old Trafford ku kibuga...
Muri mpera z’icyumweru gishize, nibwo mu bihugu bimwe na bimwe i Burayi, umwaka w’imikino mu mupira w’amaguru watangiye. Ejo ku wa gatandatu tariki...
Nkuko bitangazwa n’ubuyobozi bwa CECAFA ( Council for East and Central Africa Football Association ) ku itariki ya 19 z’uku kwezi, nibwo irushanwa...
— Ribéry : Real iragarutse !!
Byari bimaze iminsi bivugwa ko Real Madrid yaba yarasinyanye na Ribéry rwihishwa amasezerano y’uko azayikinira...
AMAVUBI yongeye kunanirirwa mu rugo gutsinda TAIFA STARS ya Tanzaniya, ubwo yatsindirwaga kuri sitade Regional i Nyamirambo ibitego 2-1 mu mukino...
— Defoe yarokoye Ubwongereza !!
Mu mukino wabaye ejo nijoro i Amsterdam, umukinnyi Jermaine Defoe w’ umwongereza yishyuye ibitego 2 mu gice...
— Espanyol Barcelone mu marira !!
Nyuma y’uko kapiteni wabo Dani Jarque w’imyaka 26 yitabye imana ubwo yari arimo kuvugana n’umufasha we kuri...
-Burya ngo akaryoshye ntigatinda mwitama ! Mu gihe twishimiraga ukuntu ikipe y’
COMMUNITY SHIELD ni igikombe gihuza amakipe 2 gusa mu gihugu cy’Ubwongereza shampiyona yo mu cyiciro cya mbere igiye gutangira, muri ayo makipe,...
— Mourinho :" Dufite ikipe na kazoza imbere "
Nyuma y’aho ikipe ye ya Inter Milan itsindiwe mu mukino wa supercup yo mu Butaliyani, the...
APR FC
RAYON SPORT
ATRACO FC
APR FC
- Branko Tucak nta mukinnyi numwe wa Mukura yahamagaye nyamara ifite abakinnyi bamaze iminsi bigaragaza.
- Kapiteni w’amavubi Karekezi Olivier...
Mu rwego rwo kwagura amarembo no kumenyekanisha ibikorwa by’umupira w’amaguru mu Rwanda, Murangwa Eugene alias Belle wahoze ari umunyezamu wa Rayon...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Bwongereza FA, ryafashe icyemezo cyo kujyana umukunnyi wa Chelsea Ashley Cole mu butabera, nyuma yo guhakana...
Nyuma y’umukino wa shampiyona yo muri Esipanye, Real Madrid yaguyemo miswi na FC Barcelone ku bitego 2-2 ku wa 7 Ukwakira 2012, Umutoza wa Real...
Mu muhango uteganyijwe kubera Accra muri Ghana ku itariki 20 Ukuboza, hatangazwa abakinnyi mu ngeri zitandukanye bitwaye neza muri Ruhago...
Nyuma y’aho uwahoze ari umutoza wa Rayon sport, Jean Marie Ntagwabira ahagaritswe n’ yemeza ko Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda...
Umukinnyi w’umupira w’amaguru muri Rayon Sports Khamiss Cedric wari warahagaritswe kongera gukina bisabwe n’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ry’u...
Mu irushanwa ryo guhatanira igikompe cy’amakipe y’umupira w’amaguru yabaye aya mbere iwayo ku mugabane w’u Burayi(UEFA), Arsenal yatsinze...
Umutoza w’umupira w’amaguru mu cyiciro cya mbere Ntagwabira Jean Marie watozaga Rayon Sports yahanishijwe guhagarikwa imyaka 5 mu bikorwa byose bya...
Umutoza w’Iikipe y’Igihugu Amavubi Srejedovic Milutin uzwi ku izina rya Micho aratangazako nta mukinnyi n’umwe ukina hanze y’u Rwanda ku mugabane w’u...
Mu irushanwa ryo guhatanira igikombe cy’amakipe yabaye ayambere iwayo ku mugabane w’Afurika(Champions league), TP Mazembe yo muri Congo yanganyije...
Mu gihe hateganyijwe umukino wa shampiyona hagati y’ikipe ya Newcastle na Manchester United kuri iki cyumweru, umutoza wa Newcastle Harper Steve...
Urutonde rugaragaza uko umupira w’amaguru uhagaze mu bihugu bigize Ishyirahamwe mpuzamahanga ry’umupira w’amaguru ku isi (FIFA) rwasohotse kuwa...
Umutoza w’umupira w’amaguru mu cyiciro cya mbere Ntagwabira Jean Marie watozaga Rayon Sports yahanishijwe guhagarikwa imyaka 5 mu bikorwa byose bya...
Umukinnyi w’umupira w’amaguru muri Rayon Sports Khamiss Cedric wari warahagaritswe kongera gukina bisabwe n’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ry’u...
Mu rwego rwo kwagura amarembo no kumenyekanisha ibikorwa by’umupira w’amaguru mu Rwanda, Murangwa Eugene alias Belle wahoze ari umunyezamu wa Rayon...
Mu muhango uteganyijwe kubera Accra muri Ghana ku itariki 20 Ukuboza, hatangazwa abakinnyi mu ngeri zitandukanye bitwaye neza muri Ruhago...
Nyuma y’umukino wa shampiyona yo muri Esipanye, Real Madrid yaguyemo miswi na FC Barcelone ku bitego 2-2 ku wa 7 Ukwakira 2012, Umutoza wa Real...
Nyuma y’aho uwahoze ari umutoza wa Rayon sport, Jean Marie Ntagwabira ahagaritswe n’ yemeza ko Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda...
Mu irushanwa ryo guhatanira igikompe cy’amakipe y’umupira w’amaguru yabaye aya mbere iwayo ku mugabane w’u Burayi(UEFA), Arsenal yatsinze...
Urutonde rugaragaza uko umupira w’amaguru uhagaze mu bihugu bigize Ishyirahamwe mpuzamahanga ry’umupira w’amaguru ku isi (FIFA) rwasohotse kuwa...
Umutoza w’Iikipe y’Igihugu Amavubi Srejedovic Milutin uzwi ku izina rya Micho aratangazako nta mukinnyi n’umwe ukina hanze y’u Rwanda ku mugabane w’u...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Bwongereza FA, ryafashe icyemezo cyo kujyana umukunnyi wa Chelsea Ashley Cole mu butabera, nyuma yo guhakana...
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"wol_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"bjn_Latn",
"crh_Latn",
"spa_Latn",
"bjn_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
78985c30b01dff9662d6386246b0a6a4
|
keep
|
[] |
[
5,
9.7,
10,
9,
9.1,
10,
7.4,
0,
0
] |
./WIDE-20121009161636-crawl339/WIDE-20121009171637-01496.warc.gz
| 448,468,160 | 4,003 | 12,252 |
http://orinfor.gov.rw/printmedia/news.php?type=rw&volumeid=704&cat=6&storyid=15996
|
text/html
| 2012-10-09T17:54:19 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kik_Latn"
] |
[
0.9618,
0.0383,
0
] |
Mu mpera z’Ugushyingo 2012, Amavubi azitabira imikino ya CECAFA izabera i Kampala muri Uganda mu rwego rwo kwitegura iyi mikino ndetse n’indi yose Amavubi azakina mu gushakisha itike y’imikino y’igikombe cy’isi 2014, umutoza Micho yateguye imikino 2 ya gicuti n’ikipe y’igihugu ya Namibia.
Nk’uko tubikeshya urubuga rw ainterneti rwa FERWAFA, umukino wa mbere uzabera muri Namibia ku italiki ya 13 Ukwakira 2012 naho umukino wo kwishyura ubere i Kigali ku italiki ya 11 Ugushyingo 2012. Umutoza Micho akaba yarakomeje atangaza iyi mikino ibiri izafasha kurushaho gutegura ikipe y’Amavubi mbere y’uko yerekeza muri CECAFA izabera i Kampala hamwe n’andi majonjora y’imikino ya Afurika n’isi azaba umwaka utaha wa 2013. Micho yagize ati “Icyo nshaka nuko ikipe ihora iri muri marushanwa kugira ngo abakinnyi bamenyere ari nako biyongera ubumenyi”. Micho akaba yarakomeje atangaza ko hari indi mikino arimo gutegura ko ishobora kuba mu Ugushyingo ariko akazabitangaza ari uko ikipe yabonetse. Ikipe ya Namibia iri ku mwanya wa 115 kw’isi na 33 muri Afurika naho u Rwanda ruri ku mwanya wa 120 kw’isi na 35 muri Afurika.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
2aad212cc1bb0bfcb4e757ad01cd05d5
|
keep
|
[] |
[
7.7,
10,
10,
10,
9.2,
9.4,
10,
2,
6.8
] |
./WIDE-20121028141810-crawl417/WIDE-20121028142721-03600.warc.gz
| 867,905,283 | 7,381 | 30,126 |
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1208210344
|
text/html
| 2012-10-28T15:12:55 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] |
[
0.9517,
0.0483,
0
] |
Urukundo rudasanzwe hagati ya George Clooney na perezida Obama
Muri iki gihe mu binyamakuru bitandukanye mu gihugu cya Leta zunze ubumwe za Amerika biri guhuriza ku rukundo rudasanzwe hagati y’umukinnyi wa filime George Clooney na Perezida Obama.
Iby’urukundo rw’aba bagabo bigenda bigaragarira mu magambo buri umwe avuga ku wundi yo gutakana ku buryo budasanzwe.
Iyo bari kumwe baba bahuje urugwiro.
Mu kiganiro Obama yagiranye n’ikinyamakuru EtOnline yavuze ko akunda cyane George Clooney ku buryo atatinye kuvuga ko abona George Clooney ari umuntu udasanzwe.
Muri icyo kiganiro,Obama yagize ati:Clooney ni umuntu w’akataraboneka,ni intwari kandi ntahwema gutabariza abaturage ba Darfour,ni umugabo mwiza,ni inshuti nziza”.
Si Obama gusa ugaragaza urukundo afitiye uyu mugabo kuko n’umugore we Michelle Obama adahwema gutangaza ko akunda George Clooney ku buryo yanavuze ko byaba byiza bakorana cyangwa baturanye mu ngoro ya perezida wa Amerika(White House).
Ku ruhande rwe,George Clooney nawe yavuze ko akunda Obama ku buryo bukabije ndetse muri iyi minsi akaba ari gukusanya amafaranga mu bindi bihangange ndetse no mu nshuti ze yo gufasha Obama mu matora yegereje muri iki gihugu.
Abantu benshi bakaba bakomeje kwibaza icyaba cyihishe inyuma y’uru rukundo rudasanzwe hagati y’aba bagabo bombi.
Robert Musafiri.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"swh_Latn"
] |
allowed
|
0590de1949d582e57cd07865c1064b22
|
keep
|
[] |
[
6.4,
8,
10,
10,
10,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121028141810-crawl417/WIDE-20121028142721-03600.warc.gz
| 872,967,500 | 7,246 | 29,676 |
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1207210630
|
text/html
| 2012-10-28T15:13:09 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] |
[
0.7434,
0.2566,
0
] |
Umuraperi B.G yiteguye gufungwa imyaka 14 yakatiwe.
Umuraperi wahoze mu itsinda rya "Hot Boys", B.G. yatangarije ikinyamakuru TMZ ko amaze kwitegura kujya kurangiza igifungo cy’imyaka 14 yakatiwe azira gutunga imbunda mu buryo butemewe n’amategeko.
BG ngo yiteguye gufungwa noneho.
Nk’uko yari aherutse kubitangaza uyu muraperi wo muri Reta zunze ubumwe za Amerika uzwi ku izina rya, B.G. Alias Baby Gangsta banita Christopher Dorsey yari hanze y’igihome nyuma yo guhamwa n’icyaha mu mwaka wa 2009.
Ubu rero uyu muraperi abinyujije ku muvugize we witwa Tracey Smith yavuze ko yiteguye gufungwa.
Uyu musore w’imyaka 31 y’amavuko yagize ati: “Niteguye gutangira igihano nakatiwe kuko nkiriho, sindi nyakwigendera ndi muzima…”.
Uyu muhanzi kandi afite ibyiringiro byo kuzakomeza umuziki we igihe azaba maze gufungurwa nk’uko yakomeje abitangaza.
Source: TMZ.
Jean Paul IBAMBE.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"eng_Latn",
"sag_Latn"
] |
allowed
|
3b844252248e412ea8c986085e61c8e2
|
keep
|
[] |
[
6,
8.1,
10,
9.5,
9.8,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121028141810-crawl417/WIDE-20121028142721-03600.warc.gz
| 878,299,554 | 7,651 | 30,801 |
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1208160901
|
text/html
| 2012-10-28T15:13:43 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kik_Latn"
] |
[
0.9909,
0.0091,
0
] |
Koffi Olomide yatawe muri yombi
Kuva kuri uyu wa Gatatu tariki ya 15 umuririmbyi rurangiranwa ukomoka mu gihugu cya Congo Kinshasa, Koffi Olomide arabarizwa mu buroko aho akurikiranyweho icyaha cyo gukubita no gukomeretsa uwitwa Diego music usanzwe amufasha gutunganya umuziki we.
Inkuru y’ifungwa rya Koffi Olomide yemejwe n’umushinjacyaha mukuru wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo Flory Kabange aho yatangaje ko Koffi Olomide yatawe muri yombi nyuma yo gukubita akanakomeretsa Diego aho bari bacumbitse muri Hoteli yitwa Venus mu mujyi wa Paris mu gihugu cy’ubufaransa. Kuri ubu Koffi akaba aribwo yatawe muri yombi nyuma yo gukurikiranywa kuri iki kibazo n'inzego zo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo.
Koffi Olomide yatawe muri yombi ubwo yari arimo atanga ikiganiro kuri RadioTeleviziyo yo muri iki gihugu cya Kongo(RTNC2) nyuma y’itangazo ryari rimaze gutangwa n’umukuru w’igipolisi cyo muri iki gihugu Colonel Célestin Kanyama.
Akimara gufatwa,Koffi Olomide yahise ajyanwa muri gereza nkuru ya Makala mu mujyi wa Kinshasa.
Abantu benshi bakaba bakomeje kwibaza amaherezo y’imyitwarire mibi ndetse n’amahane ya Koffi Olomide dore ko mu kwezi kwa kabiri nabwo yari yatawe muri muri yombi na polisi yo mu gihugu cy’ubufaransa aho yakurikinwagaho ibyaha bitandukanye birimo gufata ku ngufu, uburiganya no gucuruza abantu.
Mu mwaka w’2009 Koffi Olomide yajyanwe mu nkiko nyuma y’aho abamucungira umutekano bakubise umunyamakuru wa Radiotélévision Groupe l’Avenir (RTGA) yo mu gihugu cya Kongo nyuma y’igitaramo yari amaze gukorera mu gace kitwa Kinkole mu nkengero z’umujyi wa Kinshasa.
Mu mwaka w’2004 kandi Koffi Olomide yafatiwe ibihano n’abanyamakuru bo mu gihugu cya Kongo byo kumara iminsi 40 indirimbo ze zidacurangwa nyuma y’uko yakuse umunyamakuru mu gitaramo yakoreye mu mujyi wa Paris mu gihugu cy’ubufaransa.Ibi bikaba byaratumye ahita anasohora indirimbo yise Embargo mu rwego rwo kwibuka iki gikorwa.
Amakuru atangazwa na BBC, Koffi Olomide yahamijwe icyaha ndetse anakatirwa igifungo cy'amezi atatu mu buroko gusa cyabaye gisubitswe nyuma yo gutanga ingwate.
Robert Msafiri.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"swh_Latn"
] |
allowed
|
248d38ee92861c98278d66fd19babdeb
|
keep
|
[] |
[
5.6,
6.8,
10,
10,
10,
10,
10,
2,
0
] |
./WIDE-20121028141810-crawl417/WIDE-20121028142721-03600.warc.gz
| 956,402,066 | 7,407 | 30,212 |
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1208250128
|
text/html
| 2012-10-28T15:17:43 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] |
[
0.8339,
0.1661,
0
] |
Usain Bolt arifuza gufatanya na Rio Ferdinand guteza imbere injyana ya Reggae
Usain Bolt, umusore unyaruka kurusha abandi ku isi uherutse gutwara imidali ya zahabu igera kuri itatu mu mikino Olempike iherutse kubera London mu Bwongereza, arifuza kumenyekanisha injyana Reggae ikomoka mu gihugu cye Jamaica.
Muri gahunda afite zo guteza imbere iyi njyana harimo kwifashisha myugariro wa Manchester united, Rio Ferdinand.
Dutegereje Usain na Rio mu guteza imbere injyana ya Raggae!
Usain Bolt yatangarije ikinyamakuru The sun ko Rio Ferdinand aziranye n’abantu benshi babafasha kugeza reggae ku rwego rwo hejuru.
Yakomeje avuga ko abahanzi bo muri Jamaica ari abahanga nk’abakinnyi biruka bigaruriye isi mu marushanwa atandukanye.
Usain Bolt kandi yavuze ko yifuza gukorana na Rihana ahamya ko aramutse aje kuririmbira muri Jamaica yaza kumwakira ku kibuga cy’indege.
Ku myaka 26 uyu ni umushinga wa kane Usain Bolt avuze ko azakora nahagarika kwiruka, harimo gukina umupira w’amaguru muri Manchester United, gukina umukino wo gusimbuka umurambararo ndetse na Cricket byose yemeza ko yabishobora.
Source: The Sun
Rutaganda Ponny.
|
[
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"eng_Latn",
"scn_Latn"
] |
allowed
|
dd1624a071981421bed26f591bdf6580
|
keep
|
[] |
[
5.2,
6.5,
10,
10,
10,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121101080922-crawl421/WIDE-20121101082920-04974.warc.gz
| 733,558,092 | 4,731 | 13,537 |
http://www.ferwafa.rw/component/content/article/65-lead-news/2539-amakipe-ane-yitwaye-neza-ku-munsi-wa-mbere-wa-shampiyona
|
text/html
| 2012-11-01T09:20:38 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kik_Latn"
] |
[
0.9916,
0.0085,
0
] |
Amakipe ane yitwaye neza ku munsi wa mbere wa Shampiyona
- Sunday, 23 September 2012
- Written by Webmaster
Amakipe ane ariyo APR FC, Amagaju, AS Kigali na SC Kiyovu yatangiye shampiyona ya 2012/13 yitwara neza mu mikino itandukanye yabaye kuri uyu wa gatandtu no ku cyumweru.
Ikipe ya APR FC ifite gahunda shya yo gukinisha abanywarwanda gusa, yatangiye itsinda umukino wa mbere. Naho Rayon Sport bwa mbere ikinira mu rugo I Nyanza nyuma yo gutaha ikaba yarahatsindiwe n’Amagaju ibitego 2-1.
Mubumbyi Barnabe na Iranzi Jean Claude batsinze ibitego bya APR naho icya Marines cyinjijwe na Said Kuradusenge.
I Nyanza, Rayon Sports yaguwe nabi n’umukino wa mbere imbere y’abafana bayo nyuma yo gutaha kuko yahatsindiwe n’Amagaju FC ibitego 2-1.
Rayon Sports yabanjwe gukorwamo na Bakundukize Adolphe w’Amagaju, gusa iki gitego kiza kwishyurwa na Papy Kamanzi, ariko mbere y’uko umukino urangira Adolphe uyu yaje kubatsinda ikindi umukino urinda urangira, benshi cyane bari baje gushyigikira iyi kipe bwa mbere mu rugo batahana imbeho.
Ku cyumweru, Kiyovu yatsinze Espoir 1-0 naho AS Kigali yihererana Mukura kuri Sitade ya Kamena maze iyitsinda ibitego 2-1.
Muri rusange dore uko imikino yangeze :
Ku wa gatandatu tariki ya 22/09/2012
APR 2-1 Amagaju
Etincelles FC 0-0 AS Muhanga
Police FC 0-0 La Jeunesse
Ku Cyumweru tariki ya 23/09/2012
Kiyovu 1-0 Espoir
Isonga 1-1 Musanze
Mukura 1-2 AS Kigali
|
[
"run_Latn",
"eng_Latn",
"eng_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"glg_Latn",
"ltz_Latn",
"run_Latn",
"fra_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
e125b60db6f9fa29860c856600c3c9bf
|
keep
|
[] |
[
7.3,
9.7,
10,
10,
10,
9.3,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121118193046-crawl417/WIDE-20121118193046-06837.warc.gz
| 661,769,548 | 9,667 | 39,202 |
http://www.inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1210120342
|
text/html
| 2012-11-18T20:13:43 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] |
[
0.9943,
0.0057,
0
] |
Byaba ari icyaha Christiano adahawe Ballon d'or: Jose Mourinho
Umutoza wa Real Madrid, Jose Mourinho yatangarije ikinyamakuru cyo muri Portugal cyitwa A Bola ko asanga byaba ari icyaha Christiano Ronaldo adahawe igihembo cy’umukinnyi witwaye neza ku isi “Ballon d’or” uyu mwaka.
Uyu mutoza yakomeje avuga amagambo yo gutebya agira ati: “birakomeye kuba nka Ronaldo kurusha kuba Messi. Niba Messi ariwe mukinnyi wa mbere ku isi biterwa n’uko Ronaldo aturuka kuwundi mubumbe (ikivejuru)”.
Jose Mourinho na Christiano Ronaldo bose bakomoka mu gihugu cya Portugal kandi akaba anamutoza muri Real Madrid kuburyo ntagitangaza kuba yifuza ko ariwe wakwegukana iki gihembo.
Nyamara ariko kubona iki gihembo ntago bizamworohera n’ubwo yitwaye neza atsinda ibitego byinshi, agafasha Real Madrid gutwara shampiyona na Portugal kugera muri ½ mu gikombe cy’Ubulayi.
Uyu musore ahanganye na Lionel Messi waciye agahigo ko gutsinda ibitego byinshi mu mwaka umwe 73 hamwe, Iniesta na Xavi batwaye igikombe cy’ubulayi n’abandi.
Impaka zimaze kuba ndende ku mukinnyi uzatwara igihembo cy’umukinnyi witwaye neza uyu mwaka. Nk’abasomyi ba inyarwanda.com mubona ari nde ukwiye iki gihembo?
Rutaganda Ponny.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"scn_Latn"
] |
allowed
|
4cb14f8f620363dc3592dd9235bee1f8
|
keep
|
[] |
[
8,
10,
10,
10,
10,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121216074215-crawl419/WIDE-20121216074215-07191.warc.gz
| 265,562,603 | 12,192 | 44,791 |
http://www.igihe.com/imyidagaduro/muzika/abahanzi/khizz/amakuru-365/niwe-nta-wundi-indirimbo-ya-2-khizz-asohoranye-amashusho.html
|
text/html
| 2012-12-16T08:02:50 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] |
[
0.8725,
0.1275,
0
] |
Kubera guteganya gushyira ahagaragara album ye ya mbere, Umuhanzi Khizz ari gusohora indirimbo nyinshi mu majwi ndetse n’amashusho yazo. Kuri iyi nshuro, yashyize ahagaragara indirimbo yakoranye n’umuhanzi Tom Close, yise ‘Niwe nta wundi’.
Mu kiganiro na IGIHE.com, Khizz yavuze ko uku gusohora indirimbo z’amashusho n’amajwi icyarimwe ku bwinshi abishobozwa no kuba abarizwa mu itsinda ry’abahanzi (Label) bakorera muri Studio ya The Zone ya Bernard Bagenzi.
Khizz yagize ati :”Kuba mbasha gusohora uru rukurikirane rw’indirimbo ni uko nkorana na Lebel ya The Zone, iranyorohereza bigahura n’ingufu mba nashyizeho”.
Uyu muhanzi avuga ko nta mpungenge atewe n’uko indirimbo isohokanye n’amashusho shobora kudakundwa nk’uko bamwe mu bahanzi bakunda kubivuga.
Khizz avuga ko ateganya gushyira ahagaragara album ye ya mbere muri uyu mwaka wa 2012, kandi akazarushaho kwigaragaza mu bitaramo bitandukanye kuko ngo byatumye arushaho kumenyekana cyane mu mwaka wa 2011.
Ubwo twaganiraga na Bernard Bagenzi wakoze iyi ndirimbo mu majwi no mu mashusho yavuze ko kuba umuhanzi abarizwa mu itsinda ry’ubuhanzi (Lebel) byongera umuvuduko we mu buhanzi.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn"
] |
allowed
|
01b06e8f103acb4f7c124260da949109
|
keep
|
[] |
[
5.2,
6.7,
10,
9.9,
9.8,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121014225626-crawl419/WIDE-20121014234516-02072.warc.gz
| 948,474,672 | 11,042 | 55,175 |
http://www.igihe.com//imikino/football/?debut_gh_news=84
|
text/html
| 2012-10-15T00:51:53 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kik_Latn"
] |
[
0.9988,
0.0012,
0
] |
Ikipe ihagarariye u Rwanda muri CECAFA Kagame CUP 2012, APR FC yatsinzwe umukino wa nyuma w’amatsinda na Yanga Africa ibitego 2 ku busa bivugwa...
Ku isaha ya saa saba kuri uyu wa Kabiri nibwo rwari rwambikanye hagati y’ikipe ya APR FC na Atletico yo mu gihugu cy’u Burundi aho amakipe yananiwe...
Ikipe ya APR FC mu marushanwa ya CECAFA Kagame Cup ahuza amakipe yabaye aya mbere iwayo yatsinze itababariye ikipe ya Wau Salam yo muri Sudan...
Nyuma y’uko umutoza Ntagwabira Jean Marie ateguye ikiganiro n’abanyamakuru kirambuye ku bijyanye n’ubuzima bwe mu ikipe ya Rayon Sport, ubuyobozi...
Nyuma y’imyaka igera kuri ibiri nk’umutoza w’Amavubi y’abatarengeje imyaka 17, ndetse n’uw’abatarengeje 20, Umufaransa Richard Tardy FERWAFA yamugize...
APR FC yaraye yegukanye igikombe cy’Amahoro ku nshuro yayo ya karindwi nyuma yo gutsinda Police FC ibitego 2-1, mu mukino wa nyuma w’icyo gikombe...
Kuwa Gatanu tariki ya 29 Kamena 2012 mu Mujyi wa Dar es Salaam ho muri Tanzaniya, habereye tombora y’uko amakipe azahura mu irushanwa rya CECAFA...
Nyuma yo gusezerera u Budage bwahabwaga amahirwe n’abakunzi b’umupira w’amaguru benshi kubera umukino w’imbaraga n’ubuhanga, u Butaliyani bwaraye...
Ikipe y’umupira w’amaguru y’u Butaliyani yaraye itsinze ibitego bibiri kuri kimwe I y’u Budage maze ihita yibonera itike yo kuzahura na Espagne mu...
Ikipe y’Umupira w’Amaguru ya Espagne yaraye ibonye itike yo kuzakina umukino wa nyuma w’Igikombe cy’Uburayi cya 2012 (Euro 2012), ubwo yatsindaga...
Igikombe cy’Amahoro kigeze muri kimwe cya kabiri cy’irangiza, aho kuri uyu wa Gatatu Tariki 27 Kamena 2012 ikipe ya Police FC yakinnye umukino...
Kuri uyu wa mbere tariki ya 25, Lydia Nsekera Umurundikazi usanzwe ayobora Oshyirahamwe ry’Uumupira w’Amaguru mu Burundi guhera mu mwaka wa 2004,...
Nyuma y’umukino wa shampiyona yo muri Esipanye, Real Madrid yaguyemo miswi na FC Barcelone ku bitego 2-2 ku wa 7 Ukwakira 2012, Umutoza wa Real...
Rayon Sports, ikipeye y’umupira w’amaguru mu cyiciro cya mbere mu Rwanda kuva yasubira ku ivuko mu Karere ka Nyanza tariki ya 18 Nzeri 2012,...
Perezida wa AC Millan, Silvio Berlusconi, ari mu ruziduko muri Amerika aho yagiye kubobonana n’uwari umutoza wa FC Barcelone, Pep Guardiola, ngo...
Mu irushanwa ryo guhatanira igikombe cy’amakipe yabaye ayambere iwayo ku mugabane w’Afurika(Champions league), TP Mazembe yo muri Congo yanganyije...
Mu rwego rwo guhatanira itike yo kuzakina imikino ya nyuma y’igikombe cy’Afurika mu bakinnyi batarengeje imyaka 17 iteganyijwe umwaka utaha,...
Mu mukino wa mbere wo gushakisha itike yo kuzitabita imikino ya nyuma y’igikombe cy’Afurika umwaka utaha y’abatarengeze imyaka 17, umukino wabereye...
Umukino wahuzaga ikipe ya Senegal n’iya Cote d’Ivoire, mu mikino wo guhatanira kujya mu gikombe cy’Afurika, kuri Stade yitiriwe Léopold Sedar...
Umukinnyi w’ikipe ya Manchester United agakinira n’ikipe y’igihugu cy’u Bwongereza, mu mukino u Bwongereza bukina kuri uyu wa gatanu n’ikipe ya San...
Umukino wahuje ikipe y’igihugu y’u Bwongereza n’ikipe ya San Marino ku itariki ya 12 Ukwakira 2012, u Bwongereza buyobowe na kapiteni Wayne Rooney...
Umukino uzahuza Kenya n’u Burundi wo mu rwego rw’irushanwa ry’umupira w’amaguru ry’ibihugu by’Afurika ryitabirwa n’abakinnyi bakina imbere mu gihugu...
Mu mukino wa gicuti wahuje ikipe y’igihugu, Amavubi, n’ikipe y’igihugu ya Namibia mu rwego rwo kwitegura imikino ya CECAFA, CHAN n’imikino...
Ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru, Amavubi, irakina umukino wa gicuti n’ikipe y’igihugu ya Namibiya i Windhoch ku tariki ya 13 Ukwakira 2012, mu...
Nyuma y’umukino wa shampiyona yo muri Esipanye, Real Madrid yaguyemo miswi na FC Barcelone ku bitego 2-2 ku wa 7 Ukwakira 2012, Umutoza wa Real...
Rayon Sports, ikipeye y’umupira w’amaguru mu cyiciro cya mbere mu Rwanda kuva yasubira ku ivuko mu Karere ka Nyanza tariki ya 18 Nzeri 2012,...
Mu mukino wa mbere wo gushakisha itike yo kuzitabita imikino ya nyuma y’igikombe cy’Afurika umwaka utaha y’abatarengeze imyaka 17, umukino wabereye...
Ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru, Amavubi, irakina umukino wa gicuti n’ikipe y’igihugu ya Namibiya i Windhoch ku tariki ya 13 Ukwakira 2012, mu...
Mu rwego rwo guhatanira itike yo kuzakina imikino ya nyuma y’igikombe cy’Afurika mu bakinnyi batarengeje imyaka 17 iteganyijwe umwaka utaha,...
Mu irushanwa ryo guhatanira igikombe cy’amakipe yabaye ayambere iwayo ku mugabane w’Afurika(Champions league), TP Mazembe yo muri Congo yanganyije...
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
ac3d5f0ef811805ddbe24adafc6d8db4
|
keep
|
[] |
[
5,
10,
10,
8.8,
8.3,
9.7,
8,
0,
0
] |
./WIDE-20121128035513-crawl419/WIDE-20121128035917-06625.warc.gz
| 582,113,758 | 11,599 | 64,231 |
http://www.igihe.com///amakuru/muri-afurika/?debut_gh_news=108
|
text/html
| 2012-11-30T05:51:30 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] |
[
0.9627,
0.0373,
0
] |
Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) ufite icyicaro i Addis Abeba muri Ethiopiya, kuwa Kabiri tariki ya 24 Ukwakira 2012 watangaje ko igihugu...
Leta ya Sudani irashinja igihugu cyaIsrael kurasa uruganda rukora amasasu mu murwa mukuru, Kharthoum.
Nk’uko urubuga rwa BBC dukesha iyi nkuru...
Umuvugizi wa Leta ya Republika Iharanira Demokarasi ya Congo Lambert Mende Omalanga, ku wa Kabiri, tariki ya 23 Ukwakira 2012, yatangaje ko Leta...
Umutwe witwara gisirikare bitaramanyekana izina ryawo warwaniye n’ingabo za Leta y’u Burundi(FDN) mu Ntara ya Cibitoke, kuri uyu wa mbere tariki ya...
Umushinjacyaha mu Rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha Fatou Bensouda, kuri uyu wa mbere yatangaje ko arajwe ishinga no gukurikirana abantu bane bagize...
Abantu 2 batawe muri yombi na Polisi ya Uganda nyuma yo gukomeretsa ku jisho bakoresheje icyuma, Umukuru wa Polisi wungirije muri iki gihugu,...
Kuva ku Cyumweru, tariki ya 21 Ukwakira 2012, umujyi wa Bani Walid muri Libiya wamishweho ibisasu bya rutura n’ingabo za leta ya Libiya, bituma...
Leta y’inzibacyuho muri Guinea Bisau, irashinja igihugu cya Portugal kuba inyuma y’igikorwa cyo gushaka guhirika ubutegetsi bw’iki gihugu cyabaye mu...
Umutwe wa M23 urwanya Leta ya Repuburika Iharanira Demokarasi ya Congo, watangaje ko igice cya gisirikare cyawo kigiye kwitwa izina rishya....
Uwahoze ari umuvugizi ku butegetsi wa Mouammar Kadhafi, Moussa Ibrahim, ku wa Gatandatu tariki ya 20 Ukwakira 2012, yabeshyuje inkuru...
Umutwe wigometse ku butegetsi bwa Congo Kinshasa wa M23 uravuga ko hakenewe imishyikirano hagati yawo na Leta ya Congo kandi ukibutsa Leta ya...
Leta ya Uganda ivuga ko yiteguye kunyomoza ingingo ku yindi ibirego bikubiye muri raporo y’impuguke za Loni bivuga ko Uganda ishyigikiye...
Umuryango w’Abibumbye, uratangaza ko ushobora gukoresha indege zitagira abapilote mu kugenzura uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi...
Nyuma y’uko umutwe wa M23 ufatiye umujyi wa Goma mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ubu umujyi wa Bukavu watangiye...
Abayobozi b’ikigo cy’ishuri New Hope for Africa Primary School, muri District ya Mukono, batawe muri yombi bazira ko umwe mu bana b’abanyeshuri...
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo Joseph Kabila, kuri uyu wa kane yahagaritse ku mirimo Gen Major Gabriel Amisi Kumba, wari...
Bitewe n’umukino wo gusiganwa ku magare uri kubera mu Rwanda, guhera tariki ya 18 kugera tariki ya 25, televiziyo ya CANAL+, mu kiganiro cyitwa...
Mu gihe Umuryango w’Abibumbye, abakuru b’ibihugu byo mu Karere k’Ibiyaga Bigari n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe basaba ko umutwe wa M23 wava mu...
Abanyekongo ibihumbi 20 bahungiye mu nkambi ya Mugunga iherereye mu burengerazuba bw’umujyi wa Goma, ntiborohewe n’ubuzima babayemo kubera kubura...
Inyeshyamba z’i Darfour muri Sudani, kuwa Gatandatu tariki ya 24 Uguhshyingo 2012, zatangaje ko zigaruriye ikigo cya gisirikare cya Sudani...
Mu mpera z’icyumweru gishize hamenyekanye urupfu rw’Umunyarwandakazi Sifa Nsengimana waguye muri Afurika y’Epfo azize impanuka y’imodoka.
Sifa...
Nyuma y’ibiganiro byabereye i Kampala muri Uganda hagati y’abagaba bakuru b’ingabo zo mu karere k’Ibiyaga Bigari, umukuru w’igisirikare cy’umutwe wa...
Umutwe wa M23 urwanya Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ubu ukaba warigaruriye Umujyi wa Goma mu Majyaruguru y’Uburasirazuba bwa...
Umunyamabanga mukuru wa Loni Ban Ki-moon, arahamagarira ingabo z’Umutwe wa M23 gufasha intwaro hasi kandi zikava mu mujyi wa Goma mu kubahiriza...
Umuryango w’Abibumbye, uratangaza ko ushobora gukoresha indege zitagira abapilote mu kugenzura uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi...
Nyuma y’ibiganiro byabereye i Kampala muri Uganda hagati y’abagaba bakuru b’ingabo zo mu karere k’Ibiyaga Bigari, umukuru w’igisirikare cy’umutwe wa...
Mu mpera z’icyumweru gishize hamenyekanye urupfu rw’Umunyarwandakazi Sifa Nsengimana waguye muri Afurika y’Epfo azize impanuka y’imodoka.
Sifa...
Nk’uko bitangazwa n’abaturiye Umujyi wa Goma, imodoka zitwaye ibikoresho bya gisirikare n’ibiribwa by’abasirikare ba M23 zatangiye kuva muri uwo...
Mu gihe Umuryango w’Abibumbye, abakuru b’ibihugu byo mu Karere k’Ibiyaga Bigari n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe basaba ko umutwe wa M23 wava mu...
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo Joseph Kabila, kuri uyu wa kane yahagaritse ku mirimo Gen Major Gabriel Amisi Kumba, wari...
Umutwe wa M23 urwanya Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ubu ukaba warigaruriye Umujyi wa Goma mu Majyaruguru y’Uburasirazuba bwa...
Guhera mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 28 Ugushyingo 2012 mu Mujyi wa Goma hazindukiye imyigaragambyo, abigaragambya barasaba ko...
Bitewe n’umukino wo gusiganwa ku magare uri kubera mu Rwanda, guhera tariki ya 18 kugera tariki ya 25, televiziyo ya CANAL+, mu kiganiro cyitwa...
Umunyamabanga mukuru wa Loni Ban Ki-moon, arahamagarira ingabo z’Umutwe wa M23 gufasha intwaro hasi kandi zikava mu mujyi wa Goma mu kubahiriza...
Abanyekongo ibihumbi 20 bahungiye mu nkambi ya Mugunga iherereye mu burengerazuba bw’umujyi wa Goma, ntiborohewe n’ubuzima babayemo kubera kubura...
Nyuma y’uko umutwe wa M23 ufatiye umujyi wa Goma mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ubu umujyi wa Bukavu watangiye...
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"dyu_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"dyu_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
224f7aa639c8b34ae8f21859e92bd12f
|
keep
|
[] |
[
5,
9.2,
10,
9.3,
10,
9.9,
7.3,
0,
0
] |
./WIDE-20121124210227-crawl419/WIDE-20121124231940-06384.warc.gz
| 59,467,691 | 9,157 | 38,980 |
http://www.igihe.com///imyidagaduro/ibirori/?debut_gh_news=132
|
text/html
| 2012-11-24T23:25:23 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] |
[
0.8914,
0.1086,
0
] |
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 14 Nyakanga kuri Serena Hotel, hazabera igitaramo kizwi nka "Happy People" kuva Saa ine za nijoro(10PM) kugera...
Minisitiri w’umuco na Siporo, Mitali Protais, yatangaje ibisabwa ku mukobwa wifuza gutorerwa kuba nyampinga w’u Rwanda 2012. Yatangaje kandi uko...
Kuri uyu wa Gatanu Tariki 13 Nyakanga 2012 guhera saa kumi n’imwe z’umugoroba mu ihema ry’Igicumbi cy’umuco riherereye muri Stade Amahoro hazabera...
Abahanzi benshi bazaba bari muri iki gitaramo kizabera mu Ihema i Remera
Umuhanzi w’icyamamare muri Afurika no ku rwego mpuzamahanga Ismaël Lô niwe washoje iserukiramuco ry’imisi ibiri ry’umuziki ryaberaga I Kigali kuwa 07...
Mu rwego rwo kwizihiza isakubukuru y’imyaka 50 u Rwanda rubonye ubwigenge na 18 rwibohoye, tariki 14 Nyakanga mu Bubiligi hateguwe igitaramo bise...
Iserukiramuco ry’umuziki mu Rwanda Kigali Up Festival ntirikibereye mu busitani bwa Primature ku Kimihurura nk’uko byari biteganijwe, ahubwo...
Umuhanzi Nyafurika w’icyamamare Ismaël Lô, uzwi ku rwego mpuzamahanga, azataramira Abanyarwanda kuva kuri uyu wa Gatandatu tariki 7 kugeza ku...
Tariki ya 12 kuri Sky Hotel, na 07 Nyakanga 12 kuri Ambiance Club i Remera no kuya 08 Nyakanga 12 kuri Top Chef Nyabugogo, Knowless n’abandi...
Kigal Up Festival
Itsinda Kama Jeshi Band rigizwe na Sharangabo Samorah ukunzwe kwitwa SMS, S/Sgt Robert na Otis, ryasoje ibitaramo ryakorareraga mu magereza...
Igitaramo cya Urban Boyz muri Quelque Part
|
[
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"eng_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn"
] |
allowed
|
1072e6090be69f2b3649fc98cebe8f71
|
keep
|
[] |
[
5.2,
7.2,
10,
9.4,
10,
9.6,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121205173829-crawl410/WIDE-20121206002158-06133.warc.gz
| 36,216,818 | 9,715 | 34,389 |
http://www.therwandan.com/ki/ministre-wintebe-habumuremyi-ntabwo-yahuye-nabayobozi-ba-rnc/
|
text/html
| 2012-12-06T00:30:11 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] |
[
0.9627,
0.0373,
0
] |
Ministre w’Intebe Habumuremyi ntabwo yahuye n’abayobozi ba RNC
Iyo Ministre w’intebe Pierre Damien Habumuremyi aba yari muri Leta zunze ubumwe z’Amerika muri iyi minsi byari kumugora kwisobanura ukuntu yabonanye na Dr Théogène Rudasingwa na Condo Gervais bo mu Ihuriro nyarwanda RNC.
Abanyarwanda benshi babonye amafoto y’ibyabereye i Boston ahari habereye imyigaragambyo yo kwamagana Perezida Kagame wari waje mu gikorwa cyiswe Rwanda day, hari abibeshye babona umugabo usa na Ministre w’Intebe Pierre Damien Habumuremyi bakeka ko yaba yarabonanye n’abayobozi b’amashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi.
Ariko sibyo kuko nyuma y’iperereza ryakozwe n’urubuga The Rwanda twasanze Ministre w’Intebe Habumuremyi atari muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ku wa gatandatu tariki ya 22 Nzeli 2012 igihe habaga imyigaragambyo kuri Copley Square i Boston. Ahubwo uwo mugabo ni Théobald Rwaka wahoze ari Ministre w’umutekano mu Rwanda akaba umwe mu bayobozi b’ishyaka CNR-Intwali ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Paul Kagame akaba yari yitabiriye nawe imyigaragambyo.
3 Responses to Ministre w’Intebe Habumuremyi ntabwo yahuye n’abayobozi ba RNC
kwambara ikoti ukazindukira ku muhanda na gahinda ahubwo se ayo makoti aracabaho muriki kinyejana, ibifungo 10
Uwo wiswe Habumuremyi yitwa Rwaka Theobald wo muri Partenariat Intwari. Naho abavuga ngo amakoti nkaya ntakibaho, bamenye ko abayambaye bataba mu AgDfund ngo bayore ayo kujya kugura amakoti uretse ko hari nabo tubona bayambara ariko ntibaberwe kubera baba bameze nk’imisumari ahubwo amakote wagira ngo ni yo abambaye!
waberwa ute se n’ikoti umeze nk’uwishwe n’inzara,Kagame we ntabwo ukwiriye rwose kuyobora notre pays,kukureba byonyine bintera isereri n’ifunwe ryo kuyoborwa n’umuntu nkawe.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn"
] |
allowed
|
5fa72179a5996b767142e1163632413e
|
keep
|
[] |
[
6.7,
8.4,
10,
10,
9.6,
10,
10,
3,
0
] |
./WIDE-20121205173829-crawl410/WIDE-20121206002158-06133.warc.gz
| 37,638,217 | 17,582 | 73,588 |
http://www.therwandan.com/ki/2012/10/08/
|
text/html
| 2012-12-06T00:31:12 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] |
[
0.8673,
0.1325,
0.0001
] |
Daily Archives: 08/10/2012 23:37
INTAMBARA YA M23 IRAVUGISHA BENSHI AMAGAMBURE
GUSUBIZA INYANDIKO YASOHOTSE MU KINYAMAKURU RUSHYASHYA IFITE UMUTWE UGIRA UTI: “ GENERAL Laurent NKUNDA, ABAVANDIMWE BE N’INSHUTI ZE BAGIRIWE INAMA “
Amnesty International irega U Rwanda gukora ibikorwa by’iyicarubozo
Umuryango uharanira uburenganzira bwa kiremwa muntu Amnesty International urashinja inzego z’ubutasi bw’igisirikare cy’u Rwanda gukora ibikorwa by’iyicarubozo.
Ihuriro Nyarwanda RNC ryakoze inama i Johannesburg
Johannesburg- Kuri iki cyumweru tariki ya 7 Ukwakira 2012, Abayoboke b’Ihuriro Nyarwanda RNC muri Afrika y’Epfo bakoze inama mu mujyi wa Johannesburg muri Witsrand University.
|
[
"eng_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
893cb578b15c57af52d0d0b77c7afa88
|
keep
|
[] |
[
5.1,
7.7,
10,
10,
8.7,
9.5,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121205173829-crawl410/WIDE-20121206002158-06133.warc.gz
| 819,544,361 | 10,014 | 33,896 |
http://www.therwandan.com/ki/nta-crise-iri-muri-rnc-joseph-ngarambe-umunyamabanga-mukuru-wa-rnc/
|
text/html
| 2012-12-06T04:27:35 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"tum_Latn"
] |
[
0.924,
0.076,
0
] |
Nta crise iri muri RNC: Joseph Ngarambe, Umunyamabanga Mukuru wa RNC
Nyuma y’inkuru zijyanye n’abayoboke b’ihuriro Nyarwanda RNC mu gihugu cy’u Bubiligi beguye ndetse bikanatangazwa n’ibinyamakuru nka igihe.com, aho mu nyandiko yacyo kigira kiti:
” Amakuru akomeje kuvugwa i Buruseli ni uko muri RNC igice cyo mu Bubiligi, Kazungu yeguye ku mwanya w’ubuyobozi yari afite, bituma n’abandi bagenzi be bari mu nzego z’ubuyobozi zitandukanye na bo bamukurikira. Muri abo bandi beguye harimo abahuzabikorwa bo mu mijyi nka Liege, Anvers, Charleroi na Bruxelles n’abari muri Komite nkuru nka Habimana Bonaventure na Nkubana Emmanuel. Ibijyanye n’ukwegura kwabo, Bwana Kazungu na bagenzi be bamaze kuvugwa hejuru babishyize mu nyandiko bageneye Aboyobozi babo bakuru, ndetse batangiye kubimenyesha abanyamuryango babo babasezeraho.”
Tumaze gusoma iyi nkuru yatangajwe n’ikinyamakuru Igihe.com kibogamiye kuri Leta y’u Rwanda iyobowe n’ishyaka FPR, twashatse kumenya icyo abayobozi b’Ihuriro Nyarwanda RNC babivugaho. Twegereye Bwana Joseph Ngarambe, umunyamabanga mukuru wa RNC tumubaza uko ibintu bimeze.
Joseph Ngarambe yatangiye atubwira ko inkuru y’igihe.com irimo amakabyankuru yongera umubare w’abasezeye kandi atari byo, ngo nta kibazo cy’ubwumvikane buke kiri mu Ihuriro Nyarwanda RNC, ibyabaye mu gihugu cy’u Bubiligi n’icyemezo cyafashwe n’ubuyobozi bw’Ihuriro Nyarwanda RNC cyo guhindura inzego zaryo mu Bubiligi kugira ngo hashyirwe ingufu nyinshi kuko hatuwe n’abanyarwanda benshi.
Nk’uko umunyamabanga mukuru wa RNC yakomeje abivuga, ngo mu nama yateranye ku cyumweru tariki ya 30 Nzeli 2012, hafashwe icyemezo cyo guhindura inzego noneho hashyirwa ku mwanya w’umukuru w’Ihuriro Nyarwanda RNC mu Bubiligi bwose Bwana Jean Marie Micombero, Dr. Paulin Murayi agirwa Uwungilije Umuhuzabikorwa mu Bubiligi bwose, kandi akaba n’Umuhuzabikorwa by’agateganyo mu mujyi wa Buruseli, Bwana Kazungu wari Umuhuzabikorwa mu mujyi wa Buruseli agirwa Umujyanama mu Nama Nkuru y’Ihuriro (RNC).
Tumubajije niba atari intambara y’imyanya cyangwa ubwumvikane buke nk’uko byatangajwe na igihe.com, Joseph Ngarambe yatubwiye ko nta ntambara y’imyanya yabayeho ati ndetse na Kazungu yahise ahabwa undi mwanya nk’Umujyanama mu Nama Nkuru y’Ihuriro (RNC). Yongeyeho ati:Byumvikane neza ko habayeho kongera ingufu mu nzego zari zisanzwe kandi n’ibintu bisanzwe mu mashyirahamwe yose ya politiki.
Mu gusoza ikiganiro twagiranye Bwana Joseph Ngarambe yagize ati:
”Abo basezeye n’abanyarwanda nkatwe nta kibazo dufitanye. Igihe cyose bakwifuza ko twungurana ibitekerezo ku byateza imbere igihugu cyacu ntibahejwe imiryango mu Ihuriro Nyarwanda irafunguye ntawe duheza cyangwa ngo duhatire kujya mu Ihuriro. Twubaha uburenganzira n’ibitekerezo bya buri muntu. Nta crise dufite muri RNC, kandi sibwo bwa mbere cyangwa bwa nyuma RNC ifashe ibyemezo mu nyungu z’urugamba turiho. Hari benshi batugana, hari n’abandi bake basohoka kubera impanvu zabo bwite. Niko RNC izahora ikora: nta gahato izakoresha.”
Marc Matabaro
One Response to Nta crise iri muri RNC: Joseph Ngarambe, Umunyamabanga Mukuru wa RNC
ibintu birakomeye
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"sag_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
668384a4178102f8872ec974e87e32ec
|
keep
|
[] |
[
5.2,
6.2,
10,
9.9,
9.8,
10,
10,
4,
0
] |
./WIDE-20121215032106-crawl419/WIDE-20121215040700-07123.warc.gz
| 195,533,397 | 12,749 | 44,959 |
http://www.igihe.com/imyidagaduro/hanze/jennifer-lopez-justin-bieber-na-rihanna-nibo-bahanzi-batowe-nk-abakomeye-ku-isi.html
|
text/html
| 2012-12-15T04:47:08 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"swh_Latn"
] |
[
0.9855,
0.0145,
0
] |
Ikinyamakuru Forbes cyo muri Amerika gisanzwe gishyira ahagaragara urutonde rw’abantu bakomeye kurusha abandi ku isi buri mwaka, cyasohoye urutonde rwo muri 2012 rwagaragayeho abahanzi batandatu b’ibyamamare bakomeye mw’icumi ba mbere barimo Jennifer Lopez, Justin Bieber, Rihanna, Lady GaGa na Britney Spears.
Forbes ubusanzwe, iyi igiye gutangaza abahize abandi, igendera ku mushahara ku mwaka, uko uhagaze ku rutonde rw’abakize, umwanya ufite mu bitangazamakuru by’amajwi n’amashusho, mu bitangazamakuru byandika, kuri interineti no ku mbuga nkoranyamagambo.
Ikiganiro "Get Right" na "On The Floor" cya na Oprah Winfrey nicyo cyongeye kwegukana umwanya wa mbere nyuma y’igihe kitari gito kiwegukana. Jennifer Lopez niwe waserukiye bwa mbere abahanzi kuri uru rutonde, aho yinjije miliyoni 52 z’amadorali mu mwaka umwe, agira n’ubwoyongere bw’abafana ku kinyamakuru cya Forbes. Uyu muhanzi wa wakoresheje neza ibihe bye byashize, afite abafana miliyoni 6,6 bamukurikirana kuri Twitter n’abarenga miliyoni 12 kuri Facebook, izi mbuga nkoranyamagambo zikaba ari izamuhesheje cyane amanota. Uwaje kuri uru rutonde bwa kabiri nk’umuhanzi ni Justin Bieber. Mu kwezi gushize yasohoye album nsha yise “Believe”, uyu muhanzi w’imyaka 18 w’icyamamare w’umunya Canada, niwe wabaye uwa gatatu kuri uru rutonde.
“Beiber yitwaye neza nk’umuhanzi wa Pop star” byatangajwe na Forbes inashingiye ku mushahara we wa miliyoni 55 z’amadorari ku mwaka ushize. Umuhanzi Rihanna niwe wabaye uwa kane. Uyu muhanzi wasohoye album esheshatu, ukanategura iya karindwi mu gihe cy’imyaka irindwi, yazamutse neza kurusha Lady GaGa.
Lady Gaga wari uwa mbere mu mwaka ushize, yabaye uwa gatanu muri uyu mwaka na miliyoni 52 z’amadorali z’umushahara ku mwaka.
Britney Spear yaye uwa gatandatu, akurikirwa na Katy Perry wabaye uwa 8, Taylor Swift aba uwa 11, Beyonce aba uwa 16, Elton John aba uwa 17, Paul McCartney aba uwa 21, Adele aba uwa 24, Bon Jovi aba uwa 25 hanyuma haza Dr Dre ku mwanya wa 26.
|
[
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
806fda67327202ea5f06d74bef450daf
|
keep
|
[] |
[
7.1,
8.4,
10,
9.6,
10,
9.9,
10,
2,
5.9
] |
./WIDE-20121017120356-crawl410/WIDE-20121017125600-02290.warc.gz
| 749,804,367 | 14,848 | 71,380 |
http://umuseke.com/?p=35323
|
text/html
| 2012-10-17T13:19:14 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] |
[
0.8173,
0.1827,
0
] |
Kigali, 31 Gicurasi 2012 – Ministre w’Ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Louise Mushikiwabo yihanangirije imiryango itegamiye kuri Leta yivanga mu bibazo bitayireba, cyane cyane Human Rights Watch.
Mu itangazo ryasohotse ku rubuga rwa Leta y’u Rwanda, Ministre Mushikiwabo yavuze ko u Rwanda rutazacika intege kubera ubushotoranyi bw’amaraporo bavuga ko yabonetse ariko ngo agamije guteza ubwumvikane bucye hagati y’ibihugu. Aha akaba yavuze ko u Rwanda na DRCongo ubu byariho bikorana cyane kurusha ikindi gihe cyose, mu gushaka amahoro muri kariya karere.
Ministre Mushikiwabo yatangaje ko Leta y’u Rwanda yamenye ko Human Rights Watch iri gukusanya amafaranga ngo hakorwe raporo yo gushyira u Rwanda mu majwi ko rufite uruhare mu ntambara iri kubera muri DRCongo.
Muri iri ritangazo aragira ati: “Ninde ufite inyungu mu mutekano mucye mu burasirazuba bwa DRC? si abaturage b’u Rwanda, si n’aba Congo. Ababyungukiramo ba mbere ni umutwe wa FDLR ukomeza kwikinga inyuma y’umutekano mucye. Nyamara hari ababyivangamo nka Human Rights Watch ngo basohore raporo zishingiye ku bihuha bagamije gukusanya za miliyoni z’amadorari”
Ministre Mushikiwabo avuga ko Leta y’u Rwanda yihanije Human Rights Watch ndetse n’indi miryango idakorana naza Leta mu karere, mu gukora ibikorwa bitiza umurindi abagizi ba nabi nka FDLR binagerageza guteranya Leta z’ibihugu.
Mushikiwabo yasabye Roger Meece uhagarariye Umuryango w’Abibumbye (UN) muri DRCongo kuza i Kigali gusobanura impamvu MONUSCO yemera ikwirakwizwa ry’ibihuha bituma ibintu birushaho kumera nabi mu burasirazuba bwa Congo, ndetse no hagati y’ibihugu bya DRCongo n’u Rwanda, rucumbikiye impunzi zihunga amakimbirane.
Roger Meece uhagarariye UN muri Congo akaba kuwa gatatu tariki 30 Gicurasi yaratangarije i Kinshasa ko abarwanyi bafashwe bavuga ko bafashwa n’u Rwanda nta kimenyetso gifatika batanga cyerekana ko u Rwanda rufite uruhare mu biri kubera mu burasirazuba bwa Congo.
Jean Paul Gashumba
UMUSEKE.COM
Babandi birirwa batanga ibipimo by’ubumwe n’ubwiyunge bajya banareba comments ziba kumbuga ngo barebe ukuntu abo birirwa babeshyera ngo bariyunze 80% ahubwo bashize!Ese ubundi ibipimo bya feelings babaipima gute la? Ahaaaa n’ahi Imana gusa. Ndabizi ko muri buvuge ko abakoresha internet ari bake!!! Ariko niba munakora ubushakashatsi iyi ni sample y’ishusho y’ibyo abanyarwanda batekereza. Hari abigira abere ko bo batica!!! Hari abishe birirwa ngo basaba imbabazi! Hari n’ababarira inyuma kubera politiki ku mutima kdi barimbura imbaga! Mbese njye mbona ari nka cinema gusa. Naho ubundi ibyo kujya RDC mubyihorere kuko barajyayo se wumva ko bigeze bavayo? Utabizi azabishake azamenya ukuri niba atari umufana!
Njye mbona iyintambara irikubera muri Nord-Kivu ntampamvu yo gutekereza ko uRwanda rubifitemo uruhare kuko Kabila kuva atarabivuga surundi rukondo ahubwo mbona MONUSCO nayo ntahandi ihinga hatari mu maraso y’abantu.
sha mwese nimwicecekere ntacyo muzi ,none wagirango umuntu watojwe na leta y’u Rwanda akarwanya interahamwe kugeza azitsinze azahara kuba umunyarwanda?UN nibivuga rero ntimuyituke kuko ari Ntaganda ni umunyarwanda ari nabari kurwana n’abanyarwanda gusa uretse ko bituriye k’ubutaka abazungu batwambuye bakajyanana nababuriho,none rero basibe gutera ahandi bagumane ahacu nibabashotora birwaneho mu izina ryabo ariko atari mu izina rya leta y’u Rwandakuko batuye kubutaka bwabo.
nukuri UN yarananiwe ariko nu Rwanda narwo kubera inyungu zarwo ruri mubituma intambara yomurikongo itarangira ibyo UN ivuga bifite ishingiro nonese Urwanda rurahakana ko ntangabo zarwo zirimuri congo? uko bashaka amahoro bayahe nabandi kabisa
Igihe kirageze ngo abanyarwanda bashyire mu gaciro; Ntaganda na Nkunda bose bahoze mu gisirikare cy’u Rwanda, bivuze ko banafite ubwenegihugu bubiri! U Rwanda kurutunga agatoki rero ntibitangaje. Ntirwigeze rutangaza ko bariya bantu batakiri mu gisirikare cy’u Rwanda! Niyo mpamvu bigoye gutandukanya abanye Congo bavuga ikinyarwanda nyirizina n’abanyarwanda b’umwimerere, igihe cyose ubwenegihugu bubiri buzaba bwemewe, tuzahorana ikibazo n’abanyarwanda bashatse kugira uburenganzira bwabo mu bindi bihugu! Nk’uyu munsi usanga hari abantu batuye mu nkambi z’impunzi za abakongomani hano mu Rwanda ariko abana babo bari mu Gisirikare(Rwanda), mu nzego zinyuranye za Leta(Rwanda), kandi bafite ibya ngombwa bibaranga by’u Rwanda! Umunsi umwe muri abo banyeCongoRwa azasubira muri Congo uzasanga tuvuga ngo si umunyarwanda! Ngayo nguko.
@bayo we, ibyo bitekerezo utanze ndabona bifite ishingiro na ndetse ryinshi yewe ryinshi cyane, ndebera nawe: Ziriya mpunzi z’i Gicumbi hari abafite amarangamuntu y’u Rwanda, bamwe mubantu bakomeye b’iki gihugu nkuko wabivuze usanga bafite ama familles hariya mu nkambi uziko na Gitifu w’Umurenge wa Kageyo ari umu kongomani,njye rwose simpakana uruhare u Rwanda rufite muri iriya ntambara ya Congo.
Ariko se muribaza kubivugwa muragirango iriya miryango itatuvuze iduharabika yatungwa n’iki? Bareke bavuge ngo nubuze icyo asebya inka agira ati” DORE IGICEBE CYAYO” bazageraho bacoke.
Ahaaa, uRwanda rwari rumaze igihe ntabaruvuzaho iduru munyunguzabo, ubwo Human Rights Watch ibonye isoko muri Nord Kivu.
bazaruha baceceke!izabiriza we nta mind!
Ariko murabona ibinyoma byanyu muzabigerageza ryari? Ese ubwo bwobw muba mufite nubwiki niba nta ngabo mufite muri Congo. Ariko se wowe uvuga ngo interahamwe z’abahutu ubwo wigishijwe kureka ivangura? Amaherezo imizinga izavamo imyibano naho ngo UN, ariko muziko UN ari U Burundi cg se Congo mubeshya?Mwakwitonze ra ko plitiki y’ikinyoma igeze mu marembera
UN irananiwe nireke guteranya ibihugu,uretse nibyo birashoboka ko ariyo iri gufasha FDRL ngo ibone uko izatera uRwanda, twe turi hano aho imirwano ibera twarenganye twabuze utuvugira na President Kabila nawe UN yamaze kwimwigarurira ntacyo akimariye abene gihugu kubera inyungu ze bwite.
AHUBWO NA MAHORO ARIHO ARABONEKA MURI CONGO KUVA AHO URWANDA RUTANGIYE GUFASHA ABENSHI BARIHO BARASUBIRA MU BYABO BAVA MU NKAMBI
Leta y’u Rwanda yari imaze iminsi koko ikora ibishoboka byose ngo muri kariya Karere hagaruke amahoro. Habaye inama nyinshi zatangajwe hagati y’aba diplomates b’ibihugu byombi kandi byashobokaga ko haboneka umuti w’amahoro muri kariya Karere.
None inyungu z’ibihugu n’abantu ku giti cyabo cg imiryango barasha kubitoba ngo bitagira icyo bigeraho ngo bo bakomeze barire ku biri kuba! Ibyo ntidukwiye kubyemera kandi Minisitiri nabikome imbere nta mususu kuko turamushyigikiye!
thanks minister!,aze asobanure ayo makuru adafite igihamya,bababibereye mutubari twa goma na kinshasa bategereje ibihuha gusa.
nawe wishinze umunyamakuru wanditse ngo Mushikiwabo yasabye Roger Meece kuza ikigari gusobanura ? nonese urumva umwanya Roger afite muri UN aruwo guhamagarwa nubishatse maze agafata urugendo ngo agiye gusobanura ?
hahahaaaaaaa! aha, azamuhamagara da!reka dutegereze turebe!!
haaaaaaa reka gucurangira abahetsi Louise we igihe cyibinyoma byanyu kyarangiye koko bimaze kurambirana mureke guteza umutekano muke muri congo
Izabiriza we ubwo ubona uri umunyarwanda?
Nubwo Izabiriza nanjye numva atanze igitekerezo cye ariko kikaba kidafite icyerekezo, nsanga nawe Bwimba ntacyo umurushije! Kuba umunyarwanda ntaho bihuriye no guhuza ibitekerezo mu buryo bwo kubona ibintu kimwe ku banyarwanda bose kugeza no ku byo u Rwanda rwaba ruregwa! Wowe ushyize mu gaciro usanga ibibera mu burasirazuba bwa Congo nta ruhare rukomeye u Rwanda rubifitemo?! Umufaransa yaciye umugani ati: Rira bien Qui rira le Dernier. Gira amahoro!
Ubwo se ni iyindi rapport igiye gusohoka ishyira amajwi u Rwanda? Ariko aba bazungu badushakaho iki? ntibazi ko umwana wangwa ariwe ukura!
Vraiment, UN icyayijyanye cyayinaniye ahubwo nikimwaro cy’ abantu bacu bari gupfa bazira ubusa bazira Abahutu b’ Intagondwa FDL, Uriya musaza Bani Ki Moon BYAMUNANIYE. Bishaka urwitwazo basebya u Rwanda ntaho ruhuriye na RDC.Gusa UN UN UN UN UN UN UN!
|
[
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"cat_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
9ac445e58881a237d69d43ef9357ffaa
|
keep
|
[] |
[
7,
6.7,
10,
10,
10,
10,
10,
9,
7.5
] |
./WIDE-20121011032922-crawl412/WIDE-20121011043133-01255.warc.gz
| 763,862,442 | 8,096 | 25,798 |
http://imurenge.com/ibihe.php
|
text/html
| 2012-10-11T05:11:27 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] |
[
0.9577,
0.0423,
0
] |
Nkomeje kubashimira k’umwete mugaragaza ku makuru mutugezaho; ariko ibyo by'uwo mubare 666, ntibigomba kubatera ubwoba kuko ibyanditswe bigomba gusohora. Kandi sibyo gusa, intambara murazibona, amoko azatera ayandi, ishyanga rizatera irindi, inzara, imishyitsi hamwe na hamwe, erega nabyo bigomba gusohora. Ariko muhumure itorero rikiri kw'isi ntirizakorana na Antichrist. Icyakora rizarabura ku mibabaro yabyo. Rero abasenga bakomeze basenge, tuzigendera mw'ijuru. Abakora ibyo nabo bagomba kuzurizwa, buri umuntu wese azuzurizwa mu byo arimo.
Ku minsi 6 y'ukwezi kwa 10, 1891: Nibgo ubutegetsi (Chefferie) bg'Abanyamurenge bgari buyobowe na Gahutu bgemejwe n'abakoroni b'Ababirigi mu Ruvunge, mu kibaya ca Rusizi.
1909: Ubutegetsi bga Chef Kayira bgatangajwe n'uwitwa Prassek (wari umukuru wa segiteri) yuko bgemejwe n'abakoroni b'Ababirigi mu bundi butegetsi bgari buriho ico gihe mu Ruvunge, mu kibaya ca Rusizi.
1924: Habaye iyirukanwa rya Chef Bigimba nyuma yo kutumvikana hagati ye na Chef Mahina w'Umupfurero.
1927: Muri uyu mwaka nibgo Rutambge yageze mu Bibogobogo aranahubaka.
1928 na 1937: Abakoroni bongeye kugabura amami cangwa ubutegetsi. Ico bakoze nuko bagiye binjiza amami mu yandi. Ibi bzagize ingaruka ku bgoko bg'Abanyamurenge, yuko batswe aho bari batwaye kuva mbere.
1932: Muri uyu mwaka nibgo Chef Muhire yageraga Itombge.
1944: Ubutegetsi bga Muhire bgemejwe n'abakoroni kimwe n'ubundi butegetsi bgari busanzwe mu karere k'Itombge.
1950-1957: Igihe c'ububzuke hamwe no kwiga gusoma no kwandika.
1956: Abanyamurenge batura i Nganji bga mbere.
1958-1963: Igihe c'ububzutse bukomeye mu bgoko bg'Abanyamurenge. Iki gihe nibgo batangiye gusengera mu misozi, mu bisambu no mu mashamba, mu nzara (amabuye manini), n'iruhande rw'inzuzi. Ubu bubzutse bgakurikiwe no kubaka amakanisa mu mihana.
1964-1968: Nibgo muri Zaire habaga intambara yo kurwanya ubutegetsi bga Mobutu yari iyobowe na Pierre Mulele na Laurent Desire Kabila. Iyi ntambara niyo yaje kwitwa Murere. Yaje gukomera kandi igira ingaruka mbi ku bgoko bg'Abanyamurenge mu turere twa Uvira na Fizi.
1966: Imihana y'Abanyamurenge yatewe n'abajenesi hicwa abaturage benshi. Ibi bzakurikiweho no guhunga kw'Abanyamurenge mu mihana bari batuyemo, nukuvuga ngo imihana yose yari iherereye mu turere twa Bijombo na Rurambo, bahungiye i Buvira no mu kibaya ca Rusizi (mu mushasha). Iki nico gihe abasore b'Abanyamurenge batari bake bahindutse abarwanyi (abagiriye) kugira ngo bafashe igisirikare ca Leta ya Mobutu.
1969-1970: Nyuma yo gutsindwa kw'abarwanyi ba Murere, Abanyamurenge bongeye gusubira mu mihana yabo, uhereye mu Rurambo, Bijombo, Kamombo, Intombge cangwa se Mibunda, Minembge, na Bibogobogo.
1972: Imihana y'Abanyamurenge i Nganji irasenyuka bitewe n'intambara. Abaturage benshi bahungira mu Minembge, abandi bake (imiryango 5 gusa) berekeza i Kalemie. Baza gukomereza muri Byura. Abandi baje kubasangayo, maze Byura irubakwa barayitura.
1976: Izina "Abanyamurenge" ryatangiye gukoreshwa kugira ngo habeho itandukaniro ryabo n'abandi.
1978: Ikanisa ryo muri Suede ryafunguye CEPEZA, ariyo CEPAC y'ubu. Icicaro gikuru, cangwa se i paruwase, gishirwa mu Bijombo. Iri niryo kanisa rya mbere ryabayeho mu bgoko bg'Abanyamurenge.
1979: Akarere (groupement) ka Bijombo nibgo kashirwagaho. Aka niko kabaye akarere ka mbere kigenga mu Banyamurenge.
1979-1980: Abanyamurenge benshi bava muri CEPEZA baja muri CADEZ (CADEC y'ubu).
1982: Joseph Mutambo yangirwa kwitoza mu nteko ishingamateka ya Zaire. Ibi bzakurikiweho no kwangirwa kwitabira amatora kwa'Abanyamurenge bose. Abanyamurenge barivumbuye batwika amatora mu turere dutandukanye tw'i Murenge.
1987: Musafiri Mushambaro na Dugu wa Mulenge bangiwe kwitoza mu matora y'igihugu ca Zaire mu rwego rw'inteko ishingamateka babarega kuba ari abashitsi.
1990-1992: Abasore b'Abanyamurenge baja mu gisirikare ca FPR-Inkotanyi mu gihugu ca Uganda.
1993-1994: Impunzi z'Abanyarwanda n'Abarundi zinjira muri Zaire, aribgo Abanyamurenge batangiye gukorerwa ubugome bukabije.
1995-1996: Biciye mu nteko ishingamateka ya Zaire, Abanyamurenge batswe ubgenegihugu bga Zaire. Maze hasohoka itegeko ryo kubirukana ku butaka bg'igihugu bari bamazemo imyaka amagana ngo bajanywe mu Rwanda no mu Burundi. Abanyamurenge amagana baricwa hirya no hino mu gihugu. Kubera iri tegeko, abasore b'Abanyamurenge binjira mu gisirikare ca FPR-Inkotanyi kugira ngo bazatabare ababzeyi babo.
Mu kwezi kwa 9, 1996: Intambara yo gukuraho ubutegetsi bga Mobutu no kubohoza Zaire iratangira. Havuka umutwe wa politike wiswe AFDL (Alliance des Forces Democratiques pour la Liberation du Congo-Zaire).
Mu kwezi kwa 9, 1997: Mu giterane cari categuwe n'umuryango Eben-Ezer, indege yari itwaye abantu barimo n'abayobozi b'amakanisa ikorera impanuka mu Minembge. Abantu 23 uko bari muri iyo ndege bose bitaba Imana.
Mu kwezi kwa 2, 1998: Abasirikare b'Abanyamurenge bivovotera igisirikare ca AFDL kubera yuko cari kibafashwe nabi.
Mu kwezi kwa 7, 1998: Ivuka rya FRF (Forces Republicaines et Federalistes).
Mu kwezi kwa 8, 1998: Intambara yo kurwanya ubutegetsi bga Laurent Desire Kabila iratangira. Havuka RCD (Rassemblement Congolais pour la Democratie). Abanyapolitike b'Abanyamurenge bacikamo. Abatutsi baravangurwa mu gihugu cose. Abasirikare b'Abanyamurenge bagera kw'ijana bicwa urw'agashinyaguro na bagenzi babo b'Abakongomani i Kalemie. Umubare w'abandi utazwi baricwa hirya no hino mu gihugu aho bakoreraga. Abanyamurenge bari batuye muri Byura barafatwa barafungwa abandi birwanaho kugeza babohoye ababo. Kubera ubginshi bg'intambara, abaturage bose b'Abanyamurenge babaga muri Byura bimurirwa muri Kivu y'amajepfo. Tutibagiwe ko hariho abenshi baguyeyo.
Mu kwezi kwa mbere, 1999: Abasirikare b'Abanyamurenge barwana n'abasirikare b'u Rwanda (APR) i Buvira.
1999: RCD ishiraho amazone harimo na Minembge.
2002: Intambara i Murenge hagati ya RCD yari ishigikiwe n'u Rwanda hamwe n'abasirikare b'Abanyamurenge bari biyonkoye kuri RCD bayobowe na komanda Patrick Masunzu bashigikiwe n'ubutegetsi bg'i Kinshasa.
Mu kwezi kwa 6, 2003: Hashirwaho leta y'inzibacuho ya Congo yari irimo abategetsi benshi kandi bakomeye b'Abanyamurenge.
Mu kwezi kwa 5, 2004: Intambara hagati ya Colonel Jules Mutebutsi na Jenerali Mbudja Mabe i Bukavu. Abantu benshi barahunga, ahanini bagizwe n'Abanyamurenge. Abaturage b'Abanyamurenge benshi bicwa n'abasirikare ba Congo i Bukavu. Kubera ubginshi bg'ingabo za Congo, Jules Mutebutsi n'abasirikare be bahungira mu Rwanda.
Ku minsi 13 y'ukwezi ku 8, 2004: Impunzi z'Abanyamurenge n'Ababembe zari zivuye i Buvira zahungiye mu Gatumba, mu gihugu c'u Burundi, ziterwa n'abantu bari bavuye muri Congo. Inkambi irasha irashira. Hapfa abantu 166. Hakomereka abandi benshi.
Hari ibindi bihe bikomeye waba uzi ndetse ukamenya n'iminsi bzabereyeho? Bitugezeho utwandikiye kuri [email protected]
Tuzakomereza aha!
Mu gutegura ibi bihe, twifashishije inyandiko z'ubushakashatsi bgakozwe na Dr. Lazare Rukundwa Sebitereko. Ubu bushakashatsi akaba yarabukoreye muri kaminuza nkuru yo muri Afurika y'epfo, University of Pretoria, ubgo yarangizaga iciciro co hejuru ca kaminuza (PhD).
Hashize iminsi mike uwari pasiteri KEGA HABIMANA yirubuye mw'idini rya ISLAM. Yijeje Abayisilamu bagenzi be ko agiye gushaka abayoboke mu Banyamurenge no kubaka imisigiti i Murenge. Twashatse kumenya ico abantu babivugaho, maze dutegura utubazo duke (SONDAGE) kugira ngo tumenye uko abantu babyifashemo. Fata akanya gato usubize utwo tubazo. Izina ryawe ntirisabga. Genda i bumoso bgawe, munsi y'ahanditse ngo "Bimwe mu bikorwa by'Abanyamurenge batuye mu mahanga", urabona ahanditse ngo "ISLAM MU BANYAMURENGE: TANGA IBITEKEREZO". Nukanda munsi yaho, urabona ibyo bibazo. Murakoze.
|
[
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn"
] |
allowed
|
281e66f715b97de1c663fbbc1fb98658
|
keep
|
[
[
6797,
6815
]
] |
[
6.6,
7.8,
10,
9.4,
10,
9.6,
10,
5,
5.2
] |
./WIDE-20121025061427-crawl425/WIDE-20121025074354-03552.warc.gz
| 63,708,825 | 39,262 | 129,079 |
http://www.leprophete.fr/2012/01/18/abajenerali-batatu-bafungiwe-mu-ngo-zabo-nyuma-yo-guhagarikwa/
|
text/html
| 2012-10-25T07:53:13 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] |
[
0.7384,
0.2615,
0
] |
mer.
18
janv.
2012
Source: Igihe.com.
Abasirikare bakuru bane bo mu ngabo z’u Rwanda barimo Abajenerali batatu na Colonel umwe aribo : Lt. Gen. Fred Ibingira, Brig. Gen. Richard Rutatina, Brig. Gen. Wilson Gumisiriza na Col. Dan Munyuza bakuwe ku mirimo yabo bafungirwa mu ngo zabo kuva kuya 17 Mutarama 2012.
Mu kiganiro cyihariye IGIHE.com yagiranye n’Umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda, Col. Joseph Nzabamwita yavuze ko aba basirikare bafashwe bakekwaho kugira imyitwarire mibi (indiscipline).
Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Col. Nzabamwita yavuze kandi ko batawe muri yombi bakurikiranyweho gukorana ubucuruzi n’abasivile, bukorerwa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Nzabamwita yabwiye IGIHE.com ko hakomeje gukorwa iperereza ryimbitse ku byaha aba basirikare bakekwaho ndetse harebwa niba hari n’abandi bakorana.
NDR: Iby'aba ba Jenerali www.leprophete.fr irabigarukaho mu nkuru itaha, turacyabikurikiranira hafi !
Amahoro benekanyarwanda! Burya rero abatabizi bicwa no kutabimenya, erega burya ngo imbwa ntijya yurira; uyibonye yuriye kurutara nuko hari uwayurije canke abayurije. Nyakubama nawe rero, bibaye koko ibivugwa ari ukuri nkuko amenyereye gutesha abantu agaciro ko abarenganyije, yaba ameze nkawa wundi wikoza agati ku bin...., ubwo muzategereze ikizava mu maboko yamwurije kitatworoheye, nubwo nubundi imisega batwoherejeho itatworoheye, babeshya ngo ntamafaranaga bafite ya boulse kubana babakene naho nukugirango haboneke ayitungira ino mumahanga, ubwo ntuvuze imijugujugu badutera uko bwije uko bukeye. Tugira duhuguke turayereka muminsi mike, burya sibuno.
ingoma yinkotanyi izirwanya ntanuyikozeho
Icyo nkundira kagame......ahemba neza ntiyambura
Rwandan Generals are being tortured
January 20, 2012 By Rwema IT Webmaster Leave a Comment
Arrested Rwandan Generals are being tortured
Sources in the UPDF and RDF reported that the four generals in Rwanda that have been arrested was falsely reported as being arrested for questionable dealings in the DRC but in reality they were arrested due to the fleeing of 600-800 soldiers in December 2011.
The arrest of these Generals and the Colonel has led to them being tortured by General Charles Kayonga army commander supervised by the commander in chief General Paul Kagame.
According to sources near the situation Colonel Dan Munyuza is reportedly being tortured worse than the other Generals in the last 24 hours due to being head of Foreign Intelligence for the RDF and not providing information asked of him. He failed to find the whereabouts of the soldiers who left with their weapons and their Battalion Commander. He worked closely with General N. Kayumba from 1990 to 2000 and was under his command the entire time. Due to this relationship with General Kayumba, President Kagame does not believe these Generals to be telling the truth about the missing battalion.
President Kagame has been visiting Uganda over the last few months in order to locate the missing battalion. President Kagame visited President Museveni of Uganda over the Christmas holiday in order to seek the assistance of President Museveni and the UDF in locating the missing battalion but failed to do so. Upon his return to Rwanda, President Kagame deployed RDA soldiers to the Uganda/Rwanda border in Muvumba, Nyabweshongweizi, all near AKagera National Park. They camped there for 5-6 days then were withdrawn. The goal of the mission on the border was to detain the missing soldier in case they attempted to return to Rwanda. Kagame has been unsuccessful in this venture and has become increasingly frustrated with this situation which led to the arrests of these four Generals.
General Wilson Gumisiriza of the RDF is the Division commander of the western Province which hosted the battalion that went missing. He is also being tortured due to not providing information.
General Fred Ibingira, who is Head of the Reserve Force, was asked to intervene in finding out the location of the battalion. He was unable to locate the missing soldiers and was subsequently arrested.
General Richard Rutatina, Director of Internal Intelligence and brother to Gen. Kayumba wife, has also been detained on the same charges. He is also being tortured in order to obtain information.
It is believed that these three Generals and the Colonel were arrested due to their close relationship with General Kayumba who lives in exile in South Africa. General Kayumba has survived two attempts on his life believed to have been ordered by President Kagame, of which President Kagame denies.
General Fred Ibingira was the Commanding Officer of the 157th Battalion in the 1990’s and worked closely with General Wilson Gumisiriza during that time. Due to their close relationship President Kagame believes both men have vital information on the whereabouts of the battalion and are not providing it.
Rwema
How can you be human and watch the another human being died right in front of you with cold eyes? Just because they are a little different from you. You are not better than anybody. You are another creature of God, just like me. How can you sacrifice lives for power and money. Oh, now you have power, but one day, one day God will look at you and say that it's your time to go down,that day you will see that you will NEVER be greater than Him. Meantime, we are praying for you, and the changing of your hearts before it's too late.
tubitege amaso
Ese Rugiganangabo murumuna wa kayumaba kuki we atafungishijwe ijisho? aho habatere kwibaza mwere kurangazwa n'ikinamico ahubwo mukoze mubaze ibyerekeranye n'indege, naho ubundi ntaho twaba tujya.
Reka tuzarebe amaherezo kuko ino comedi ntisazwe uretse ko Kagame na ko Kagome ashobora kwihereza umupira muremure agasanga abamuvuyeho agasigara aririra mumwotsi,kuko iyaba areba kure yakibutse
uburyo Nyamwasa yamucitse gikomando
Umwana murizi ntakizwa urutozi,hazaka umuriro muvuge ngo niko bisanzwe ngo bariya bakina komidi kurusha louis de fines bana.Ariko rero ariyo bari gukina nibo baba bari kwinisha.
Hi everybody, ndabona niyi nkuru yabatangaje but nta gitangaza kirimo! It's not the first time mwaba mubonye comedians barimo gukina cyangwa bamwe twita ba clowns! Burya hari ababigize umwuga kandi ugasanga nibyo bibatunze da! Iriya team of comedians ahibwo yari ikwiye gushakirwa izina: Luis de Funnes, Mr Bean, Jean Michel Kankan, Kanyombya n'andi nkayo? In few days bariya bagabo baraba basubiye mu kazi kabo kuko amabuye yacurujwe kera kandi bizwi, simbona rero impamvu yo gukina comedy yo kubafunga, wenda wasanga baragize akaboko karekare kurusha umutoza w'abakinnyi kandi ntibyemewe mu kibuga, red card ihita ikugeraho quickly, but hano it's a game; we have to show to americans and europeans that we are serious, ahhhhhh! Bla bla.
Mushatse mwakanguka, ibi bije nyuma ya Rapport y'indege nibyo kwitonderwa. Erega banyarwanda amateka ajye atwibutsa, niba mwibuka Pereziza Pasiteur Bizimungu ava ku butegetsi, ikinyoma cyakurikiyeho ngo i Remera umwafandi yasweranye yumana nuwo bari kumwe. Abadocteurs bagerageje kubatandukanya birananirana maze si uguhuma amaso y'umutwe ndetse n'umutima karahava!!!Ibyaberaga mu gihugu tubisimbuza iyo nkuru mu matagisi ndetse n'ahandi Pasiteur birangira bityo. Ese uwo musilikale yari nde??? so tugomba kwitonda kuko sinemeranya n'abavuga ngo ni coup d'etat avorte, kuko Kagame utabikinisha ngo nawe akurebere izuba ngo aragufungisha ijisho.nawe si umwana.Ubwo nimuhugira kuri ibyo biraje byongereze bibateshe umurongo. Please ni muce akenge irir ni ikinamico
Kagame azahabwe igikombe cyo kuba "acteur" na "compositeur" icyarimwe we na Jack nziza. Aliko bagomba kuba badasinzira bahimba udukino gusa. Buri gihe bazana "agashya". Theatre oyeeeeee? Oye, Oye, Oye!!
None se Kagame niyo akimenya ko amabuye yibwa muli kongo?
FPR ni nde uyikuriye kandi waguze indege ebyiri? tuvuge se ko ziriya ndege ari umushahara abaturarwanda twamugeneye ra? cg ni "pole musituni" yihaye agacura abo baruhanye. Nave mu rwenya sha. Yabishaka atabishaka azaryozwa byinshi! bitinde bishyire cyera. Nakineeeee, narangiza azabohwa tu!! cyangwa arangizwe urwa kadhafi!! Umwicanyi pilato, ntabajijishe
ngo bafunze mr kajinga, ngo samenyo gumisiriza n'abandi barozi! ubwo rero baragirango babeshye abo biciye ababo ngo barafunze. kuki se babafungishije ijisho, amapingu arabuze? bazabeshye umuhinde imipangu yabo n'impumyi yayibona ko ari igihwahwa kandi baramutse banagiye muri gereza baba bashaka kujya kumara abarimo babuze uko babakubita ifuni ku manywa. nyundo mukuru se we ko acuruza kurusha abandi kuki we igisirikari kitamufungishije amenyo cg isasu, umva ko abandi bafungishijwe ijisho. puu!
Ariko abantu bataye umutwe pe!
Nkamwe mwiyita abakristo ba Nyndo tuyobewe ko mu Rwanda udashobora gusoma imbuga z'ijaho iby'ukuri ku Rwanda.
Toka satani! Ntasoni! Ugiye kubohwa ingoyi utazabohorwa.
Ngaho da hanyuma se ubwo bucuruzi bakorera muri congo si ubw amabuye .. Bazongere babeshyere fdlr ngo niyo yiba amabuye. Ibingira we n intangiriro y ibihano by imana inbaga watsembye i gitarama n ikibeho ubu uhoraho agiye kukumanuriraho umujinya . N umuryango wawe uzumva. Rutatina nawe nta muntu uzongera gukanga na rimwe ubu imana igiye kugushyira mt nsi y ibirenge byacu.
Abakirisitu ba diyoseze ya Nyundo turamagana izi ngirwa bapadiri thomas na Rudakemwa
(mercredi, 18 janvier 2012 17:18)
Umushumba wa Diyosezi gatolika ya Cyangugu Musenyeri Yohani Damaseni Bimenyimana yasohoye itangazo ryamagana ibimaze iminsi byandikwa n’abapadiri 2 baba mu Bufaransa bisebya u Rwanda. Musenyeri Yohani Damascene avuga ko Abanyarwanda badakwiye gufata ubutumwa bwandikwa n’abo bapadiri 2 nk’ukuri kuko batabitumwe na Kiliziya gatolika mu Rwanda.
Ubusanzwe ngo birabujijwe ko uwihaye Imana akora imirimo ya politiki usibye iyo abiherewe uburenganzira n’ubuyobozi bwa kiliziya.Ibyo bitandukanye n’ibyandikwa ku mbuga za internet n’abapadiri 2 bakomoka muri dioseze ya Cyangugu baba mu Bufaransa. Mu butumwa bwohererejwe Radio Rwanda na Musenyeri mukuru wa Diyosezi ya Cyangugu, buvuga ko ibyo abo ba padiri bandika bidafite aho bihuriye na kiliziya gatolika, ahubwo ko ari ibitekerezo byabo bwite. Abo bapadiri Thomas Nahimana na Fortunas Rudakemwa bashinze urubuga rwa Internet rubaho inyandiko zigaragaza ko mu Rwanda ari mu icuraburindi,nta cyiza kihaba. Ni narwo rubuga rwakoreshejwe gusohora inyandiko ziherekejwe n’amashusho y’urukozasoni yatumye uwari ministre wa sport n’umuco mu Rwanda Joseph Habineza yegura ku mirimo ye.
Musenyeri Bimenyimana Yohani Damascene mu nyandiko ye anenga abo bihaye Imana kuko birengagiza nkana amateka yaroshye u Rwanda muri Jenocide. Urwo rubuga kuri ubu rukoreshwa nk’ijwi rya bamwe mu banyapolitiki bibera mu mahanga batemera ibyo u Rwanda rugezeho.
Nyuma y’amezi ageze kuri 4 urwo rubuga rusomwaho inkuru mu Rwanda, nibwo bwa mbere umuyobozi wo ku rwego rwo hejuru muri Kiliziya gatolika mu Rwanda anenze kumugararo ibikubiye muri izo nyandiko. Ibi kandi biriyongera ku makuru yavugwaga ko hari bamwe mu bayobozi b’imiryango remezo muri diyosezi ya Cyangugu baba bigisha ubutumwa bwoherezwa n’abo bapadiri. Inyandiko ya Musenyeri Bimenyimana Yohani Damascene ikaba ije ishimangira ko Kiliziya Gatulika ikemanga abo bapadiri kandi itari kumwe nabo mu byo batangaza kuri urwo rubuga rwa interineti.
M ugihe nasomaga inkuru ya mbere, ibanziriza iyi ngiye ya bano bishe ba Kagame, nasomye comments zose ariko nzihera mu bushorishori bwazo hanyuma mbura icyo nifuzaga ko cyari kuba cyatekerejweho na benshi ngiye kubona nkibona muri numezo zegera imizi y`iki giti kirekire iyo ni number 5. Mbibutse ko ndi ku nkuru ya mbere nayo ivuga ku mchozo wa kuigiza jukuwani uri gukinirwa i Kigali. Uwo ari we se wanditse avuga ko iki ari ikinamico nange niko mbibona kandi nahoze rwose ntekereza kuburira abantu bari muri opposition hanze ko bashobora kuzahitanwa n`abantu bafunze umuntu akibaza iyo magie uko ikozwe. Nawe se abantu bakekwaho ibyaha nka biriya bafungishwa ijisho gute? ubu se ahubwo wabwirwa n`iki ko bagifunze? ibi n`ibintu biba byapanzwe hakoreshejwe ubwenge butari buke kugirango bereke abantu ko ubutabera buri kugarurirwa ikizere ariko se byahe byo kajya? Dore uko mbibona: Aya mahe ari kuri gahunda ikomeye umuntu wese udasinziriye yahita abona kuko iragaragara neza twese turayinona. warah singiye kubabeshya uzasanga ibintu biteye ubwoba bigiye gukorwa hanze aha bizaba bifitwemo uruhare runini na ziriya mbohe ziboheshejwe ijisho. ese ubwo ufungishije umuntu ijisho gusa bimaze iki utamufunfishije n`ugutwi, ngo ntakumve nawe ntumwumve!! twibukiranye ko bshobor kuba batabonwa nabasabye kuba bigumiye mu rugo ariko bakavugana uko deals ziri gukorwa. Dukanguke sirirwa mvuga byinshi nziko ubwira uwumva bitamusaba kunywa cyane gusa twongere twibutse abantu bose batavuga rumwe na government ya Kigali barya ari menge kuko hagize ikibabaho cyab gikozwe na bariya banyururu. ubu batangye gukorerwa masques ejo tuzajya duhura nabo muri twegerene batajya bazikoza maze tunababwire ko twababajwe n`ifungwa rya bene wacu b`abafandi bumve ko hari n`inshuti bagira kandi byahe byo kajya. reka ndekere ndeke kuyamara burya ngo abwirwa benshi akumva bene yo!
nta funi nta mujyojyo nta mpyisi nta mbwebwe,MWENE SAMUSURE AVUKANA ISUNZU[UBUGOME BWABO BURI KU KIGERO KIMWE],Ninde usahura u Rwanda kurusha Kagame?ninde uba wabatumye si FPR iyobowe na
kagame?
ahubwo barashaka kujijisha abatazi IBY'IUMIKORERE YABO.umujura wa mbere niwe wagombye guherwaho "AGAFATWA"nyuma hagakurikiraho izindi ngegera zose zimuri munsi.
ibindi vous vous trompez! FPR igizwe n'ingegera gusa n'ugiyeyo afite akenge ahinduka IGISHUSHUNGWE NK'UTARIGEZE AKEENGE NA GAKE.
Ariko nimureke murebe uko IMANA IHORA IHOZE. Imana si Umuntu ngo Ihwana natwe. Ubyishukaho aribeshya cyane Kuko IMANA Igiye kubaza ba ANTOINE RUTAYISIRE na ba RUCYAHANA icyo BATUNGIYE BIBLE munzu
zabo. Kwirirwa baririmba ko NTAWUNDI MWAMI bagira atari KAYIZARI Imana ije kubishyira ku IHEREZO Iberekoko n'ABAYUDA bakoze IKOSA risa n'IRYABO bihakana YEZU.
Niba uziko wafashe Iyambere UKABUMBABUMBA umuntu Ukamutereka munda ya NYINA maze UKAGIRA na Initative yo KUMWAMBURA bwa BUZIMA, Ucara Uruhuke kuko NTARUBANZA ufitanye na RUREMA, ariko niba uziko WIVANZE MUBITAKUREBA: HAGARARA MAZE IMANA IBANYURANYE INDIMI NKABAMWE B'I BABELI basubiranyemo ngo bagiye Kureba aho IMANA IBA(UBWIBONE, KUBESHYA, KWICA, KUGAMBANIRA AMARASO ATARIHO URUBANZA , ngo nik=bimwe mubintu 7 IMANA YANGA URUNUKA :
16 There are six things the LORD hates,
seven that are detestable to him:
17 haughty eyes,
a lying tongue,
hands that shed innocent blood,
18 a heart that devises wicked schemes,
feet that are quick to rush into evil,
19 a false witness who pours out lies
and a person who stirs up conflict in the community.
IMIGANI (PROVERBS): 6 16-19.
NAWESE MURABESHYA ISI YOSE KO Jean Luc na NYINA aribo BAHANUYE SE, Sha Muhagarare NI MUTIHANA IMANA IZABAHANA.
http://rwandarwiza.unblog.fr/2012/01/07/ese-aho-jack-nziza-ntiyaba-ategura-guhirika-kagame/
PEREZIDA PAUL KAGAME ASHOBORA KUBA AFITE IKIBAZO CYO MU MUTWE
Nafashe umwanya numva ijambo Perezida Kagame yavugiye muri Serena Hotel tariki ya 15 Mutarama mu gikorwa kiswe: Thanksgiving Prayer breakfast. Iryo jambo naryumvise inshuro 2 njyenyine, nyuma nsaba abantu b’inshuti turyumva inshuro zindi 2 turi kumwe kugira ngo dusobanukirwe neza, kuko iri jambo uretse ibyo Perezida Kagame yavuze hakubiyemo amakuru menshi abantu bize kuvura ibijyanye n’ihahamuka n’indwara zo mu mutwe bashobora kwifashisha mu kazi kabo. Kuko iyo ukurikiye iri jambo usanga Perezida Kagame akwiye kubonana n’abaganga babandi bita mu gifaransa Psychologues.
Ariko siwe wenyine kuko n’abanyarwanda hafi ya bose niko basigaye bameze. Nababwira impamvu z’ingenzi zibitera. Kuri Kagame we impamvu ishobora kubitera ni ukwiyemera no kutizera abandi noneho ibintu byose agashaka kubikora wenyine ku buryo bigera aho bimubana byinshi mu mutwe akiyitiranya n’Imana akumva ko ngo yihagije nta nama z’abandi akeneye, nta n’ubwo akeneye umwigisha uko ategeka, abandi bakorana nawe nabo bakamwihorera nabo bakaririmba His Excellency ngo ibye byose ni byiza ngo yabagejeje kuri byose, niwe ukora wenyine. Basigaje kuvuga ko ariwe utuma izuba riva, imvura igwa cyangwa bucya bukira.
Abayobozi bandi kubera gushaka kwigaragaza neza imbere ya Kagame, bemera ibintu byinshi badashobora gukora ibyo nabyo bigatuma bibatesha umutwe mu gihe baba bihaye ikivi kinini bigoye kurangiza (imihigo), rero ugasanga byose byirunze ku mutwe w’umuturage byahindutse imisoro, amategeko n’amabwiriza adasobanutse, kurenganywa n’abayobozi baba batitaye kubo bayobora ahubwo bitaye ku bandi bayobozi bari hejuru yabo, abaturage leta ibashyira ku mutwe ibintu byinshi bishobora kubasaza: Gacaca, Mutuel, gusorera ubutaka, gukora irondo, kujya mu itorero ry’igihugu, guhinga ibihingwa bimwe, kudasarura ibyo wahinze udasabye uruhushya, ibiciro by’ibintu byose byarazamutse, ingengabitekerezo ya Genocide n’ibindi byinshi… kandi nta handi abaturage bakura ubushobozi kuko imishahara ni mito nta n’ahandi bakura ayo mafaranga basabwa, abaturage iyo bagurishije imyaka bagurisha bahendwa bajya kugura bagahendwa nanone iyo wongeyeho n’ibyo birirwa bumva ngo igihugu kiri kuzamuka mu bukungu kandi bo bakennye muri ibyo byose ariko bakabona abantu bamwe na bamwe bari kw’ibere barimo gukira ubutitsa, ibi byose hiyongeraho akarengane, ruswa, ikimenyane. Hari bamwe bagira umujinya bagashirira imbere, ku buryo uwo bashwanye nawe wa mbere bamumariraho wa mujinya wose n’iyo yaba ari umuvandimwe cyangwa uwo bashakanye.
Mu gihe Kagame we akomeje kwerekana ko ari igitangaza abanyarwanda bo barimo kugera aho barya imbwa. Rwose agera n’aho avuga ko atazanahirima niba azatura nk’ibisi bya Huye ntimubimbaze.
Tubitege Amaso!
Namwe ni mwiyumvire iryo jambo: http://www.paulkagame.tv/podcast/?p=episode&name=2012-01-15_kagamethanksgiving.mp3
Jack Nziza abandi bamusize he?
Na we nabanguke mu ikipe.
Ariko none aba bantu bafungiwe mu ma salon iwabo, none baba ari ingurane ya Kayumba Nyamwasa !
Twizere ko Kayumba atasabye kwiyunga na Kagome ari uko abanje kumukiza bariya bantu.
Dore n'Umuvugizi noneho ntacyo ukidutangariza... Niba na wo barawuguze, sinamenya.
Ni ukuba maso. Ngo ruswa ? Urusha Shebuja wabo kwigwizaho imitungo ni nde? Erega tuvuge ko muri uriya mukino na Geneti aho bukera afungirwa iwe mu gikoni? Heheheheeeee!
Abasirikare bakuru 4 barafunze:Ikinamico cyangwa Gusubiranamo?
Abajenerali batatu n’umukoloneli bafungiwe mu ngo zabo nyuma yo guhagarikwa mu Ngabo.
Itangazo dukesha Minisiteri y’Ingabo ni iry’ihagarikwa ry’abasirikare bakuru bane (Senior Officers / Officiers Superieurs) mu Ngabo z’u Rwanda, kandi bakaba bafungiwe mu ngo zabo.
Itangazo rivuga ko abahagaritswe ku mirimo yabo kandi bagafungirwa mu ngo zabo, aho bafungishirijwe ijisho ari :
Lt General Fred Ibingira: Umukuru w’inkeragutabara
Brig General Richard Rutatina: Yigeze kuba umujyanama wa Perezida Kagame mu bijyanye n’umutekano
Brig General Wilson Gumisiriza: umukuru w’ingabo mu karere k’uburengerazuba
Colonel Dan Munyuza:Umukuru w’iperereza ryo hanze
Itangazo rya Minisiteri y’Ingabo rivuga ko aba basirikare uko ari bane bakurikiranyweho ubucuruzi budasobanutse bakorana n’abasivile bo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. Itangazo rivuga ko bahagaritswe kuva ku itariki ya 17 Mutarama 2012.
Umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda, Col. Joseph Nzabamwita yavuze ko aba basirikare bafashwe bakekwaho kugira imyitwarire mibi(indiscipline). Col. Nzabamwita yavuze kandi ko batawe muri yombi bakurikiranyweho gukorana ubucuruzi n’abasivile bukorerwa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ariko ababikurikiranira hafi bemeza ko iki cyaha kidasobanutse kuko ari gito ku buryo bakizira, birazwi ko ubucuruzi bubera muri Congo cyane cyane ubw’amabuye y’agaciro ari ubwa FPR, kereka rero niba baraciye ku ruhande FPR bakicururiza ku giti cyabo! Hari andi makuru avuga ko haba haburiyemo umugambi wo guhirika Perezida Kagame wategurwaga n’aba bagabo, kuko byavugwaga ko Perezida Kagame kubera igitutu cy’amahanga ashaka ko bakurikirana abakoze ubwicanyi bo muri FPR, Perezida Kagame ashobora kuba yari afite gahunda yo kubarekura ngo bashyikirizwe ubucamanza mpuzamahanga. Ariko igishoboka cyane n’uko aba bagabo bigijweyo bisabwe n’amahanga, noneho Kagame agakora ikinamico ngo yerekane ko abigijeyo akabashakira ibyaha byoroshye bitatumwa bahanwa!
Bamwe muri aba bagabo bafite amateka maremare. Duhereye kuri Lt Gen Ibingira na Brig Gen Gumisiriza wagirango ntabwo basigana, bari abayobozi ba 157th Mobile Group muri 1994, bamanutse bica Umutara, Kibungo, Bugesera, Amayaga yose, Gitarama ndetse n’abasenyeri ba Kiliziya Gatorika ntibabarebera izuba, 1995 ibyo bakoze i Kibeho byo ni agahomamunwa. Baciriwe imanza za nyirarureshwa baritahira, ni bamwe mu bantu twavuga ko ari inkingi z’ubutegetsi bwa Kagame kubera ibyaha ndengakamere bafite bigeretseho n’ubujiji (Ibingira sinzi niba kugeza na n’ubu aramenya gusoma no kwandika) bigatuma Kagame abakoresha ibyo ashatse nabo bakamwumvira kuko nta mahitamo bafite.
Col Dan Munyuza we yigaragaje mu minsi ishize afatanije na Gen Jack Nziza mu bikorwa byo gushaka kwivugana Lt Gen Kayumba Nyamwasa, hakoreshejwe intwaro ndetse n’amarozi!
Fred Ibingira,
Richard Rutatina,
Wilson Gumisiriza
Dan Munyuza
Dore igisingizo mbatuye :
Murakaruha uwa Kavuna, muragaheka amaboko
Muragakubitwa agafuni ntimupfe
Muragashahurwa hasi no hejuru
Muragasaba abo mwahemukiye
Murakabura urubyaro musigare musa nk'igiti kitagira ishami
Muragahena muhenere ababashinyagurira.
Murakifuza gupfa mubibure maze mubeho nibura nk'imyaka 140
Apuuuuu, muragasa uko musa uko : IBIVUME BY'IBIKENYA
Hano i Rwanda tugize noneho icyizere ko justice igiye kubaho nyabyo,kuko ihagarikwa ry'ababasoda,riratwibutsa Lizinde na bagenzi be muri 1980,aho bari bararembeje rubanda,none turabona amateka asa
naho yongeye akisubira mo,twizere ko noneho ntawe uzongera kumva ko ari hejuru y'amategeko.
Muraho neza bene wacu
Inkotanyi cyakoze amayeri yazishiranye kabisa kuko ibi by'ikinamico twese tumaze kubimenyera, abo basirikare tubasabye guhunga maze ukareba uko bibagendekera baramutse barenze umupaka. nta muntu wakorana nabo kuko ubugome bwabo twese tubuzi, kubashyikiriza ubucamanza ni nk'ako kanya
Umutego mubi winkotanyi barabashuka ngo bashwanye,ejobundi murondogore ibyanyu byose ngomurabwira abashwanye na kagame inkuru zose zirare zigeze kwa shebuja kiriya cyinya urumva kagame yapfa kugihara gutyo nakazi cyamukoreye ubu ejo wajyakumva ngo umwe yatorotse uramenye Kayumba nabagenzi bawe ntimuzakorane nibibigabo nibigome kabombo nagakino barigukora bibiyegereje mwashira mwese nyuma bakazataha bakabarirwa nka Rwigema celestine mwe mwashize nimipango yanyu yose yapfuye
Igihe basahuriye amabuye y’agaciro ya Congo DRC kuva muri 1996 mu ntambara ya Kabila-pere(hashize imyaka 16)kugeza ubu, ubu nibwo bakibuka gufata abakora iyo mirimo, cyangwa hari izindi mpamvu zitavugwa zihishe inyuma!!!!!!!!Biriya ni ikinamico(theater), ukuri kuri ahandi. Ahubwo ba investigation journalists nibabitwigire badusesengurire ikihishe inyuma ya ziriya house arrests.Ese abo bacivilians bafatanije ni bande?Kuki bo batafashwe ngo bafungwe? Ni ukubaha umwanya wo gutoroka cyangwa ni balinga, ikibazo kikaba ikindi!!
None harya umw emuri aba siwe numvaga muminsi ishize warufitanye amasinde na KARENZI KARAKE?
Yenda Yamwituye we NTIBAMUFUNGIYE MURUGO IWE AMAZI ANGAHE!
Bazabarekura BAHABWE IMIRIMO: I DARIFURU, HAITI, Cg n'AHANDI.
Twarabamenye.
Aliko se aba general nabakozi ba kagame !! ??? general ahabwa iyo Rank ninama ya guvernoma , maze agafungwa nka private ??? maze ningabo bayobora zikemera !! ?? ese koko murabona hali abasilikali dufite ??? bose ni yes sir !!! nta but !! nta No !nta Listen !!ete......Muzabona icyo ibi bizabyara !!!
Ejo aba bane baziyemerera ko ari bo bahanuye indege ya perezida Yuvenali Habyarimana, ariko batatumwe na Kagame!!!
VERY URGENT !!! GUYS DON'T TAKE THIS AS SERIOUS !! AS YOU IS A ORDINARY GAME ! SO AFTER THIS BE CAREFUL !! THERE IS EVEN OTHER HIGH RANK GOING TO FLEE THE COUNTRY !! THEY WILL BE IN A MISSION CALLED (COBRAS) THEY WILL BE SAYING THAT THEY NEED TO JOIN THE RNC ORGANISATION !!! BUT TO TRY ALL WAYS THEY CAN KILL AT FIRST : MAJ RUDASINGWA , GEN KAYUMBA , COL KAREGEYA , JEAN LUCK HABYALIMANA AND OTHER 3 WOMEN , THEIR IDENTIFICATION IS STILL SECRET . IBI RERO NTIMUGIRENGO HALI IKINDI , NUBURYO BUHANITSE BULIMO GUKORESHWA , KANDI BUSHOBORA GUTANGA UMUSARURO VUBA , MUTEGEREZE ABAGIYE GUHUNGA HINGANJEMO NABA CIVILIAN . BOSE BAZABA BALI MUKAZI . RUJUGIRO YAHULIYE NA KAGAME IBUGANDE !! MUSEVENI YOHEREJE ABAGANDE (GESHI ) BAZWI KUBA INSHUTI ZABO NAVUZE HEJURU !! NTAGO DUKENEYE KUMVA ABANTU TWAFATANYIJE KUBOHORA IGIHUGU BAKIGWA INYUMA .
Il s'agit bien d'un coup d'état manqué. On n'a pas besoin d'être expert en démagogie pour bien constater que ce communiqué émanant du porte-parole DE L'Armée n'est une farse une espèce de masquarade qui pourtant nous montre qu'un volcan va vomir d'ici peu. Sauvez-vous avant qu'il ne soit trop tard. Vous êtes avisés.
Igisirikare cy’u Rwanda cyahagaritse kandi gifungisha ijisho abasirikare bane bakuru, barimo abajenerali batatu.
Itangazo ryashyizwe ahagaragara na minisiteri y’ingabo kuri uyu wa gatatu rivuga ko ba Lt Gen Fred Ibingira, Brig Gen Richard Rutatina, Brig Gen Wilson Gumisiriza na Col Dan Munyuza bazize imyitwarire mibi (indiscipline).
Col Joseph Nzabamwita, umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda, avuga aba basirikare bakurikiranywe ahanini ku byaha byo gukora ubucuruzi butemewe bukorerwa muri Kongo Kinshasa; ubucuruzi ngo bafatanyagamo n’abasivili.
Avugana n’umunyamakuru wa Igitondo.com, Col. Nzabamwita, ntiyigeze asobanura ubu bucuruzi ubwo ariko. Gusa yavuze ko ari ibyo abasirikare baba batemerewe gukora cyangwa se gufatanya n’inshingano zabo.
Col Nzabamwita avuga ko iki cyemezo kiri gushyirwa mu bikorwa kuva ku wa kabiri w’iki cyumweru.
Kuri ubu aba basirikare bose bafungiwe mu ngo zabo (under house arrest). Iperereza rikaba rigikomeza. Umuvugizi w’igisirikare cy’u Rwanda akaba avuga ko iperereza nirisanga icyaha kibahama bazashykirizwa inkiko naho niba nta cyo bazagirwa abere.
Aba basirikare bahagaritswe uko ari bane basanzwe bazwi mu gisirikare na politiki y’igihugu.
Lt Gen Fred Ibingira asanzwe ayoboye umutwe w’inkeragutabara (reserve Force) mu gihe Brig Gen Gumisiriza we yari ayoboye ingabo mu ntara y’Uburengerazuba.
Brig Gen Rutatina we yari umujyanama wa Perezida wa Repubulika mu by’umutekano mu gihe Col Dan Munyuza we amenyerewe cyane mu nzego z’iperereza, cyane iryo hanze y’igihugu.
Iperereza rya Global Witness
Kuri bamwe, icyemezo cyo gufungira iwabo mu ngo bano basirikare uko ari bane gishobora kuza kutabangaza, kuko atari ubwa mbere abasirikare bo ku rwego rwa generari mu ngabo z’u Rwanda bafungirwa iwabo mu ngo.
Mu mwaka wa 2010, igisirikare cy’u Rwanda cyafatiye ibyemezo nk’ibi Generari Karenzi kimurega ibyaha bya ruswa no gukoresha nabi ububasha na mugenzi we Lt-Gen Karenzi Karake kimurega imyitwarire igayitse.
Igiteye amakenga ariko ni uko icyemezo cyo gufungira mu ngo iwabo bano basirikare, “bakurikiranweho gukorana ubucuruzi n’abaturage muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo” kije nyuma y’amezi ayinga atatu gusa, umuryango Global Witness utangaje ko kuba icuruzwa ry’amabuye y’agaciro yinjizwa mu Rwanda mu buryo bwa magendu rigikomeje, ngo bituruka kuri bamwe mu bayobozi bakuru ba gisirikare bo muri Kongo bagikomeje gufasha abakora ubu bucuruzi.
Uno muryango wavuze ko hari amakuru ataremezwa y’uko bamwe mu bayobozi ba gisirikare bo mu Rwanda bafasha bagenzi babo bo muri Kongo muri ibi bikorwa.
Mu kiganiro yahaye ikiganiro News Hour gica kuri BBC, Mark Davies, umwe mu bakozi b’uno muryango yagize ati: “…bamwe mu bayobozi ba gisirikare bafite ububasha bwinshi kandi baziranye n’abantu b’ibikomerezwa na n’ubu bafasha [abakora] muri ubu bucuruzi”.
Davies ariko yirinze gutunga agatoki umuntu uwo ari we wese muri buno bucuruzi.
Ikipe ya Igitondo
Gufungirwa mu rugo bikunze kurangira neza, ni ukuvuga hatanzwe imbabazi.
yewe uwo ni umuregwe ubavugisha mwese abarota intambara ngo no kumena amaraso ariko kubera aribyo biryo byanyu mwe twe ntiturikumwe namwe ntimwibwire ko ibyo mutekereza ko ariko bigomba kuba,icyakora wifuza guca cyaera kaarabaye ugapfa kimwe nkuko urucira mukaswo rugatwara nyoko.
Ibyo peaceman avuga ni ukuri ,kandi mushimiye ko azi kureba kure .
Imfungwa ryaba bajeneral nubwo ari ikinamico ,rigamije ibinu 2:
1,Kudatuma amahanga akomeza kwibaza kubyerekeranye n'urupfa rwa Nyakwigendera président Habyarimana ,kuko gouvernement y'urwanda yamaze gukwirakwiza isi yose ibinyoma kubirebana n'iyo dossier !!!bityo mugufunga abo bajeneral ,amahanga agahita ashyingura iyo dossier !igatangira kuvuga ibirebana nibyo bihangange .
2,Ni ukwereka amahanga ko Mu Rwanda ,hari ubutabera ,ko nta muntu numwe uri hejuru yamategeko ? Nokugira ngo bategure amahanga ,nyuma yamezi 3 batanze kugirango rapport yabishe Habyarimana isohoke ,bazahite bata muriyombi "Gen Gatsinzi &Gen Rwarakabije "ko aribo batanze amabwiriza yo kurasa indege !!icyogihe ntawe uzatera hejuru ngo bafunze abahutu bakomeye ,kuko bazabasubiza ko n'abagenerals babatutsi bafunzwe !!!!!
Inyenzi zifite amayeri menshi cyane !nitutamenya kuyasesengura katubayeho !!wongere uti katubayeho ? Hose zaratangatanze n'umukecuru wihingira utujumba bazi ,ukobazamubyaza umusaruro ?Ababa muri Belgique mujye mukomeza mugane Kizito mihigo abayungurure mind n'umuziki w'inyennzi inkotanyi !
Nkuko Twagiramungu abivuga ntitudahaguruka nk'umuntu umwe katubayeho ? Génération na génération ntibazashobora kwikura muri ayamateka y'ikinyoma ,yatunaniye twarayabayemo !tuzi ukuri tukemera kugupfana !!!!!!!!
Twese hamwe tuzatsinda.
UWO NI UMUKINO FPR ISANZWE IKORA! NTABWO BARIYA BAGENERALI BAHAGARITSWE KU KAZI KABO. AHUBWO NUKUGIRANGO INKOTANYI ZIREBE UKO RUBANDA RUBYACYIRA; nibyo mu gifaransa bita " test de confiance de l'opinion publique"=kureba niba rubanda babakunda!
Ndemeranya nawe peaceman#35. Iyi n'ikinamico yo kuyobya abanyarda n'abanyamahanga ngo badakomeza isesengura nyaryo ry'iriya rapport ya Trevidic. Mushikiwazo yihutiya gukwirakwiza ikinyoma none ntibashaka ko abantu bacisha munyurabwinge iriya rapport kuko ihanurwa ry'indege ya kinani niryo pfundo kumahano yagwireye urda kdi ukuri kuwayihanuye niwo musingi nyawo w'ubwiyunge bw'abanyarda. Kagame namenye ko iby'amakinamico no kuyobya uburari byari kera. Ese ubundi ko atabafungiye aho Rugigana afungiye! Ahobucyera ibinyoma birashira na Cyomoro afungishwe ijisho! Jeanette bwira Sekibi uti icyo kiranyagisha!
iri ni ikinamico nkarimwe ryankorewe
Ngo barazira ubucuruzi? Muri aba se hari ufite bomabrdiers 2?
Njye ndabona hari scenarios nyinshi zishoboka:
1. Dan ni umwana warezwe wazamuwe na Kayumba. Mwibuke aho bari baramuciriye muri bataillon yo mu cyaro Kagame akamugarura agirango amugerageze ngo arebe ko yica shebuja wamuzamuye.
2. Kagame avuye i Kampala inshuro 2 mu kwezi kumwe kandi azaba ariyo muri iki cyumweru. Museveni yamumenye amabanga y'abashaka kumwivugana kandi babifitiye ingufu(niyo byaba ari ugukeka), abo agomba kubikiza cyane cyane uriya mugabo w'umuhanga witwa Rutatina. Niwe abagenerali bose bari basigaye bahurizaho ko yasimbura Kagame
3. Vangence ya Karenzi karake. Ntawe utazi ukuntu yagaragujwe agati nk'amazirantoki n'aba bagabo none amakuru y'umutekano w'igihugu asigaye ayagendana mu mufuka
4. Kayumba ntakivugwa nta n'ubwo akivuga ariko abasirikare bose kuva kuri rukrutu kugera kuri generali ntawe utamukunda kandi ntawe utazi akarengane yagiriwe, aba bahungu bamaze iminsi bitegereza bananenga amafuti ya Kagame akarengane no gusahura babona ko ntaho igihugu kigana bahitamo gutangira umugambi wo gukora coup d'état bakica Kagame na Nziza bakagarura Kayumaba abagande bakiyunga amahoro agataha. Nta mahoro u Rwanda ruzagira Kayumba na Kigeri bahejejwe hanze.
5. Political space ifunze idadiye. Aba basirikare bakuru bose barakize ntawe ukeneye intambara kandi barabona ko amaherezo demokrasi nitaboneka abatutsi bazafata imbunda bagafatanya n'abahutu amahoro akaboneka bakitungira imitungo yabo, imilyango yabo ikiberaho neza ndetse byaba ngombwa Kongo igafatwa ikatubera resevoir.
Jack Nziza yitwara nabi cyane mu bujajwa bwe kubulyo n'abakunda Kagame bamuvaho kubera Jack Nziza. Kabarewe we ni umupfu ugenda ucunzwe amasaha 24/24, bafunze muramu we ngo barebe ko akoma ararumira, umugore birirwa bamugaraguza agati mur RPF, coup d'état mu Rwanda ntiyari kuzatekerezwa udafite aba bagabo.
Umwanzuro: iyi ni coup d'état déjoué ariko no kuzabagira abere bizagorana kuko bizatesha Kagame crédibilité. Aba bagabo kimwe n'abandi bifuza impinduka itarimo intambara dukwiye kubashyigikira. Bivuruguse mu maraso menshi ariko Imana ni igitangaza, yarabwiye iti ndababariye ariko mbahe inshingano ikomeye: kugirango mwiyoze ibyaha byanyu nimukureho uriya mwicanyi udahaga amaraso ariwe kagame. Ngibyo, ngirwo, imyitwarire mibi ni cyo cyaha rusange, gusahura muri koko ngirango byo biba kuri jobdescription ya buri mugeneral. Imana ni igitangaza
Kera twajyaga tubona ba 10 Camarades du 5 juillet ukuntu bari batinyitse cyane muribo twibuka ni ba BUREGEYA SERURUBUGA, KANYARENGWE, SIMBA, NTIBITURA, NSEKARIJE, RUHASHYA, BENDA NABANDI abo nibo
bari barahiritse ingoma ya Kayibanda G,
LES 6 CAMARADES DU FPR ni ukuvuga abacuze umugambi woguhanura indege ya Habyarimana, aribo aba bakurikira KAGAME.P, KAYUMBA NYAMWASA, KAYONGA.C, LIZINDE T, KABAREBE J, na KABUYE ROSE abanabo igihe cyabo twabakomeye amashyi biratinda, nubwo umwe muraba yahizwe bukware bagashyirwa bamwivuganye amaze guhunga ingoma ngome, hakurikiyeho kanyumba Nyamwasa, nawe ahigishwa uruhindu, kugirango nawe atazavuga akarimurori, kabuye nawe ntiturasobanukirwa neza ibye, nka kayumba washoboye guhunga iriya ngoma akaba anakiriho yarakwiye gushyira ahagaragara uriya mugambi, nubwo yawugizemo uruhare,ariko bigaragara ko atariwe wawuteguye, ndibuka yivugira ubwe ati ZITUKWAMO NKURU? ngayo nguko.
Musubize amerwe mu isaho abemera ko ibi binyoma babagerekaho ari byo koko. Buriya ni ugutera ibuye mu gihuru inyenzi zisanganywe. Wose rero uti Gumisiriza yari gusangira ubutegetsi n'abahutu ndetse na Ibingira iyo bafata igihugu? Ayi nya! Utazi inyenzi azibeshaho.
Peut-être ce sont eux qui ont abattit l’avion des Présidents:Habyarimana &Ntaryamira et endeuillés toute la région du grand lac ?
Kagame et ses menteurs maitrisent très bien la communication ! Après avoir allumé l’opinion international avec leurs mensonges sur le rapport qui est en cours sur le déclenchement du génocide des Rwandais,il faut bien faire diversion pour empêcher ce même opinion international de réfléchir d’avantager pour qu’il puisse se convaincre que le vrai coupable est Paul Kagame et sa bande des assassins ,pour y parvenir il faut faire semblant d’arrêter Baruharwa pour prouver au monde entier qu’on Rwanda personne n’est au dessus des lois.
K’umuhindi ,baba bamuhamije ,ariko twe abanyarwanda ,ikinamico yabo ntanubwo ikidusetsa !!!!!
Kwa kagome byose birashoboka niba izi mashini zishinzwe kwica zahagaritswe. Gusa ni ibyo kwitondera kuko mbona impamvu batanga atari zo njye ndabona bifite byinshi cyane badukinze, kandi twihangane gato igihe kizabitwereka; kandi uzakurikiraho ni shebuje kagome.
Hari ikindi kintu ntarara ntavuzeho opposition tugomba kwitondera cyane, kandi gifite ingaruka nyinshi. Aho mwari muzi ko mu isomwa rya rapport Trévidic hatumiwe abahagarariye leta ya Kagame
n'abahagarariye umuryango wa Habyarimana? (Ndetse ngo ubanza n'umuryango wa Habyarimana wari watumiwe!) Nta bahagaririye abanyarwanda babona ibintu ku buryo bunyuranye na FPR batumiwe. Ako gasuzuguro
sasa ni namna gani? Habyarimana yari Prezida w'igihugu. yego umuryango we niwo wabangamiwe by'umwihariko n'igikorwa cyo kumwivugana, ariko mbere na mbere Habyarimana yari prezida w'igihugu. ubu se
igihugu kigiye kujya kivugirwa na Kagame (cg.Cyomoro) na J Luc Habyarimana? Ibyo se ni ibiki? Abajuji basigayeho mu Bufransa ni injati gusa, kubona bageze aho basuzugura u rwanda bigeze aha! Ntabwo
rero twavugirwa na J Luc Habyarimana kuko tutamutumye. Ise yari Prezida w'igihugu, nibavugane n'abahagarariye inyungu z'igihugu cyangwa se barorere. Ni uko mbibona.
Musema.
ABA BA GENERALS BALI BAGIYE GUCA AKARENGANE MUBANYARWANDA NO KURWANDA , KANDI BALI KUMWE NA NYAMWASA NA RUDASINGWA , BEMERAGA NDETSE KO NIBAMARA GUFATA KAGAME BAGABANA UBUTEGETSI NABAHUTU HAKULIKIJWE AMASEZERANO Y'ARUSHA !!BEMERAGA KO HABAHO AMNISTY INTERNATIONAL ABANYARWANDA BAGAHANA IMBABAZI KUBYABABAYEHO BYOSE ALIKO IBYO BYOSE BIKOMWE MUNKOKORA NA :COL MURASIRA BRIG GENERAL NGENDAHIMANA NA GEN GATSINZI BALI BAZI IRYO BANGA BAKABIBWIRA JACK NZIZA , KABAREBE NAWE UBU ASHOBORA GUTOROKA NUBWO YAHISE AJYA KWA KAGAME GUPFUKAMA AVUGA KO ATALIMO ,GEN KAZURA ,GEN KARENZI GEN KAYONGA NA COL GATETE BO UBU BASHOBORA KUBA BANAHUNZE , BIRABE IBYUYA KUKO MULI RPF , UMUNTU USIGARAMO NURABA ALI CPT NA BA MJ BAKE CYANE , NINABO BAZABIRANGIZA , NKUNCURO ITAHA NTIBAZAMUHUSHA , MWITONDE GATO INDI COUP ETAT MULI 3 MONTH CG SE UMUNTU UZABA INTWALI AKABERA IGITAMBO ABASILIKALI BOSE N'ABANYARWANDA MULI RUSANGE !!!! TURARAMBIWE !!!
Ba bicanyi barongeye barabagaruye, mwirebere ibyo bakoreye mu gihugu no hanze
http://www.youtube.com/watch?v=T7Fu3TlV9ZM
|
[
"nob_Latn",
"unk",
"kbp_Latn",
"unk",
"ita_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"eng_Latn",
"eng_Latn",
"eng_Latn",
"eng_Latn",
"eng_Latn",
"eng_Latn",
"eng_Latn",
"eng_Latn",
"eng_Latn",
"eng_Latn",
"eng_Latn",
"eng_Latn",
"fon_Latn",
"eng_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"sag_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"eng_Latn",
"eng_Latn",
"eng_Latn",
"eng_Latn",
"eng_Latn",
"eng_Latn",
"eng_Latn",
"eng_Latn",
"eng_Latn",
"pap_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"swh_Latn",
"scn_Latn",
"run_Latn",
"zsm_Latn",
"kin_Latn",
"bem_Latn",
"ssw_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"sun_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"eng_Latn",
"fra_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"fra_Latn",
"fra_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"swh_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"zho_Hant"
] |
allowed
|
ab6110a3105f356247bfef0405d547e8
|
keep
|
[] |
[
5.3,
4.5,
10,
10,
10,
10,
10,
10,
7.1
] |
./WIDE-20121028152632-crawl417/WIDE-20121028160616-03614.warc.gz
| 451,502,936 | 7,889 | 32,029 |
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1208210300
|
text/html
| 2012-10-28T16:32:02 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] |
[
0.9109,
0.0891,
0
] |
Knowless arashimisha abafana be muri Sky Hotel, Olympiade na Top Chef Nyabugogo mu mpera z'iki cyumweru
Mbere y’uko yerekeza ku mugabane w’uburayi aho azaba agiye muri gahunda z’ibitaramo, Knowless azabanza asezere ku bakunzi be abataramira mu mpera za kino cyumuweru.
Kuri iyi gahunda, Knowless azataramira abakunzi be mu bitaramo bitatu byateguwe na Celebs ltd aho kuri uyu wa Gatanu tariki ya 24/08/12 azataramira kuri SKY HOTEL.
Kuri uyu wa Gatanu ni kuri Sky Hotel.
Kuwa Gatandatu tariki ya 25/08/12, Knowless azaba ari gutaramira i Remera kuri OLYMPIADE ku muryango wa Stade ureba mu Giproso.
Kuwa gatandatu ni kuri Olympiade
Naho ku Cyumweru tariki ya 26/08/12 knowless akazaba ari i Nyabugogo muri Top Chef Bar and Restaurant.
Ku Cyumweru ni kuri Top Chef Restaurant
Ibi bitaramo byose bizajya bitangira saa moya z’umugoroba (7:00 pm) kwinjira akazaba ari amafaranga igihumbi uretse muri OLYMPIADE ho azaba ari ibihumbi bibiri by’amafaranga y’u Rwanda.
Biteganyijwe ko abifuza kwifotozanya no kuganira n’uyu muhanzi bazoroherezwa muri iki gikorwa.
Inyarwanda.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
5f1c42545f94ec0e1542968a13c9e8e7
|
keep
|
[] |
[
5.5,
7.1,
10,
10,
10,
9.7,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121028152632-crawl417/WIDE-20121028160616-03614.warc.gz
| 698,360,436 | 9,529 | 36,806 |
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1208270459
|
text/html
| 2012-10-28T16:46:22 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] |
[
0.8104,
0.1896,
0
] |
Gukura nkunda Queen Latifah byatumye ngeza aho nkora filime yanjye bwite-Reba agace k'iyo filime hano
Mutoni Assia ni umwe mu bakobwa b’abanyarwandakazi bakiri bato bari kugaragaza urukundo n’ubushake bafitiye umwuga wa Cinema kuri ubu ku myaka 19 gusa y’amavuko akaba agiye gushyira ahagaragara film ye bwite ari nayo ya mbere mu mateka ye.
Mutoni Assia.
Uyu mukobwa wemeza ko inganzo yo gukina filimi ayikomora ku mukinnyi kazi w’amafilimi muri Hollywood ariwe Queen Latifah, akaba yarinjiye mu bigendanye na Cinema mu ntangiriro z’umwaka wa 2010 ubwo yari kumwe n’itsinda ry’urubyiruko rwiyemeje kwigisha abanyarwanda no guhindura isi rubinyujije mu ikinamico n’ama film ruzwi ku izina rya B.A.U(Benumugabumwe Arts United)aha akaba yarabashije no guhita agaragara muri film bise Bene umugabo umwe yakinnyemo nk’umukinyikazi w’imena.
Mbere gato y’uko atangira kwandika, gukora no gukina film ye bwite akaba yari yaragaragaye muri film zagiye zimenyekana nka The power of the message yakinyemo yitwa Lily na Bad morning 2 yagaragayemo yitwa Bella.
Kuri ubu n’ubwo atangaza ko bitoroshye, Assia akaba ageze kure umushinga wa filimi ye ya mbere yiyandikiye akanakora yise Buhoro Buhoro ni rwo rugendo aho igikorwa cy’ifatwa ry’amashusho n’ibikorwa byose bizagaragara muri iyi film yabirangije.
Tuganira n’uyu mukinnyikazi wa film utangaza ko anifuza kubigira umwuga, akaba yagize ati:”ni film ya mbere yanjye nanditse nkanakora,byarangoye cyane nk’umuntu wari ubitangiye bwa mbere ariko ndishimira aho ngejeje uyu mushinga.”
Dukomeza tuganira akaba yadutangarije ko iyi film ye irimo itunganywa n’inzu ikora ibigendanye na film ya Hope media bikaba biteganyijwe ko igomba kuba yagiye hanze mu mpera z’ukwezi kwa cyenda muri uyu mwaka, ikazerekanirwa ku mugaragaro I Kigali muri Spot view hotel no mu mujyi wa Rubavu muri Kivu Selena hotel ndetse nyuma yaho akazanerekeza mu mujyi wa Bujumbura kumenyekanisha iyi film ye.
Reba hano agace kazagaragara muri filime Buhoro buhoro ni rwo rugendo ya Assia:
Uyu mukobwa wavutse taliki ya 14/07/1993 akaba atangaza ko iyi mpano ye ishyigikiwe n’ababyeyi be arinabo barimo bamufasha muri uru rugendo.
Uyu mukobwa kandi akaba, yasabye abanyarwanda gukunda no guha agaciro filimi z’abanyarwanda.
Selamani.
|
[
"kin_Latn",
"run_Latn",
"nno_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"ind_Latn"
] |
allowed
|
2b1a3e91941aaaa3c84f78e924911ea7
|
keep
|
[] |
[
6.2,
7.5,
10,
10,
10,
10,
10,
2,
0
] |
./WIDE-20121028152632-crawl417/WIDE-20121028160616-03614.warc.gz
| 863,804,150 | 9,025 | 37,533 |
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1208290353
|
text/html
| 2012-10-28T16:55:40 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kik_Latn"
] |
[
0.6336,
0.3664,
0
] |
Lil G na Keza babonanye ku nshuro ya mbere bahita biyumvanamo
Ubwo bari mu munsi mukuru wo kwishimira isabukuru y’amavuko ya VD Frank, umuraperi Lil G n’umukobwa witwa Keza babonanye ku nshuro ya mbere bahita biyumvanamo.
Lil G akibona Keza yahise amwiyumvamo.
Lil G na Keza.
Ubwo Lil G yari akimara kugera aho ibirori byo kwishimira imyaka 26 y’amavuko ya VD Frank, uyu mukobwa Keza yamurebaga cyane ndetse agacishamo akabwira umusore bari bicaranye ko yahoze yifuza kubona Lil G. Keza na Lil G baje kwiyumvanamo kugeza ubwo batahanye kandi ntibazanye mu kirori.
Ahantu hose Lil G yageragezaga kuba bugufi ya Keza.
Agafoto k'urwibutso.
Aya magambo, uyu muraperi yayabwiraga bamwe mu basore bari kumwe nawe. Ku rundi ruhande, Keza na we yabwiraga uwo bazanye ko yumvaga yifuza kubona amaso ku maso Lil G na Lil Ngabo none inzozi ze zabaye impamo.
Lil G na Keza batahanye.
LIL G na Keza bahuje urugwiro ku nshuro ya mbere. Ese bizakomeza?
Ubwo gusangira no kunywa byari bihumuje, Lil G yafashe ukuboko Keza baratahana.
REBA INDIRIMBO AGACIRO YA LIL G HANO:
Munyengabe Murungi Sabin.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"jav_Latn"
] |
allowed
|
2fc54d8dbce84da83c8e9ce8290e475e
|
keep
|
[] |
[
5.1,
6.2,
10,
10,
10,
10,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121104053051-crawl417/WIDE-20121104055728-04511.warc.gz
| 78,601,766 | 7,496 | 30,331 |
http://www.inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1209291237
|
text/html
| 2012-11-04T06:02:14 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kik_Latn"
] |
[
0.9996,
0.0004,
0
] |
APR FC inganyije na Police FC 1-1 muri Shampiyona y'icyiciro cya mbere
Umukino wa shampiyona wahuzaga ikipe ya APR FC na Police FC urangiye amakipe yombi agabanye amanota nyuma yo kunganya igitego 1-1 mugihe Kiyovu Sport yafashe umwanya wa mbere ku rutonde rw’ agateganyo rwa shampiyona iri ku munsi wa gatatu.
Mbere y’uko APR FC na Police FC bicakirana kuri stade Amahoro I Remera abafana babanje kureba umukino wa shampiyona y’Ubwongereza wahuje Arsenal na Chelsea.
Ikipe ya APR FC niyo yafunguye amazamu mu gice cya mbere cyatsinzwe na Iranzi Jean Claude amakipe yombi ajya kuruhuka nta gihindutse.
Igice cya kabiri Police yagarutse yisubiyeho ishakisha igitego maze yaje kubona mbere y’uko umukino urangira igitego kitavugwaho rumwe kuko umukinnyi wa Police asa nkaho yabanje gukora umupira.
Undi mukino wabaye kuri uyu wa gatandatu ikipe ya Kiyovu Sport yatsinze AS Kigali igitego 1-0 cyatsinzwe na Bokota Labama.
Kugeza ubu Kiyovu Sport ni iya mbere imaze gutsinda imikino yose imaze gukina aho igenda yitsindira igitego 1 gusa.
Ku munsi w’ejo shampiyona izakomeza hakinwa imikino ikurikira:
Ku cyumweru taliki ya 30 Nzeli 2012
Mukura VS vs. Marines FC [Kamena]
Rayon Sports vs. La Jeunesse [Nyanza]
Isonga FC vs. Amagaju FC [Mumena]
Etincelles FC vs. Espoir FC [Umuganda]
Muhanga FC vs. Musanze FC [Kicukiro]
Rutaganda Ponny.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"lim_Latn",
"swh_Latn",
"szl_Latn",
"lim_Latn",
"swh_Latn",
"scn_Latn"
] |
allowed
|
e3e0e29f50c7b5fd44ec56760b19fbb4
|
keep
|
[] |
[
7,
8.7,
10,
10,
10,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121104053051-crawl417/WIDE-20121104055728-04511.warc.gz
| 118,998,689 | 8,116 | 33,439 |
http://www.inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1209270732
|
text/html
| 2012-11-04T06:03:19 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] |
[
0.9734,
0.0266,
0
] |
Justin Bieber ari mu gahinda kubera urupfu rw'uyu mufana we
Justin Bieber ari mu kababaro yatewe n’urupfu rw’umukobwa w’imyaka 6 witabye Imana azize kanseri. Nyakwigendera yari umufana ukomeye w’uyu muhanzi.
Uyu mufana yateye agahinda Justin Bieber.
Uyu mukobwa Justin Bieber yakundaga yasize uyu musore mu gahinda gakomeye nkuko yabigaragarije ku rubuga rwa twitter nyuma yo kumva inkuru mbi y’uko Avalanna yitabye Imana.
Justin yanditse agira ati : « Uyu ni umwe mu bantu nakunze none yagiye..RIP(ruhukira mu mahoro) Avalanna. Ndagukunda. »
Uyu mwana w'umukobwa avuye ku isi bamwita madame Bieber.
Inkuru y’urupfu rwa Avalanna Ruth yatangajwe n’umuryango we ndetse binakwirakwizwa ku mbuga za interineti harimo twitter na facebook dore ko uyu mwana w’umukobwa yari amaze kwamamara kubera gukundwa na Bieber.
Avalanna uvuka mu majyaruguru ya Masschusettes yafashwe n’iyi ndwara ubwo yari afite amezi icyanda y’amavuko gusa.
Nyuma yo gufatwa n’ubu burwayi, abaganga babwiye ababyeyi ba Avalanna ko uyu mwana afite igihe cy’umwaka umwe gusa ku isi gusa umuganga wo mu bitaro bya Farber Cancer Institute de Boston yakomeje kumugoragora amuha imiti inyuranye kugira ngo ubuzima bwe bwisunike kugeza ubwo yavuye ku isi afite imyaka 6 gusa.
Muri Kanama 2011 nibwo ibi bitaro yari arwariyemo byasezeranyije Avalanna na Justin Bieber uyu muhanzi atabizi gusa nyuma Justin yaje kubimenya ko uyu mwana bamwita Madame Bieber.
Mu mezi make ashize nibwo Justin Bieber yatumiye Avalanna ku munsi wa Saint Valentin amusaba ko yaza mu mujyi wa New York bagasangira. Justin n’uyu mukobwa bagiranye ibihe byiza dore bakinnye udukino tw’abana ndetse uyu mukobwa anabwira Justin Bieber ko ari umugabo we.
Umuryango w’uyu mwana ufatanyije n’abagira neza wakomeje gushakisha uburyo uyu mwana yakira ariko byaranze kugeza ubwo yavuye ku isi.
Source : 7sur7
Munyengabe Murungi Sabin.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"fra_Latn",
"jav_Latn"
] |
allowed
|
2ff97994981370f7dcb5ea6f8ad9563b
|
keep
|
[] |
[
6,
7.4,
10,
10,
10,
10,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121104053051-crawl417/WIDE-20121104055728-04511.warc.gz
| 172,849,585 | 7,683 | 31,030 |
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1209271233
|
text/html
| 2012-11-04T06:06:53 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"swh_Latn"
] |
[
0.982,
0.018,
0
] |
John Terry yahamwe n'icyaha cy'ivanguraruhu
Kapiteni w’ikipe ya Chelsea, John Terry yahamijwe icyaha cy’ivanguraruhu n’ ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Bwongereza FA. Ni nyuma yo gutsinda Anthony Ferdinand mu nkiko zisanzwe ariko FA igahitamo kumuburanisha ku giti cyayo urubanza rwarangiye kuri uyu wa kane taliki 27 Nzeli 2012.
Mbere y’uko yitaba akanama kari gashinzwe kumuburanisha, John Terry yahise atangaza ko asezeye mu ikipe y’igihugu bigaragaza ko ashobora kuba yari abizi ko icyaha kizamuhama.
John Terry waregwaga na Antony Ferdinand kuba yaramubwiye amagambo y’ivanguraruhu mu mukino wahuje Chelsea na QPR umwaka ushize yahanishijwe igihano cyo kumara imikino ine adakina.
Ibi bihano bikazatangira nyuma hashize iminsi cumi n’ine uru rubanza ruciwe kuko yemerewe kujurira hagati aho.
Uru rubanza rukirangira abahagarariye John Terry basabye akanama kamuburanisha guhabwa ingingo zagendeweho bamuhamya iki cyaha bakazigaho mbere yo gufata icyemezo cyo kujurira.
John Terry abaye umukinnyi wa kabiri muri shampiyona y’Ubwongereza Premier league uhamwe n’icyaha cy’ivanguraruhu uyu mwaka nyuma ya Luis Suarez.
Nyamara ariko ibihano ntibingana kuko Suarez yahanishijwe imikino umunani yose mugihe Terry ari imikino ine gusa bishimangira ibyo abakinnyi b’abanyamahanga bavuga ko badafatwa kimwe n’abenegihugu.
Rutaganda Ponny.
|
[
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"scn_Latn"
] |
allowed
|
235fef24e50bc2137a685a3fcf521431
|
keep
|
[] |
[
5.5,
6.8,
10,
10,
10,
10,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20120925204417-crawl336/WIDE-20120925210327-00675.warc.gz
| 587,429,855 | 9,648 | 46,390 |
http://ibishya.biz/category/imyidagaduro/
|
text/html
| 2012-09-25T21:22:04 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] |
[
0.8535,
0.1465,
0
] |
Home » Archives by category » IMYIDAGADURO
UMUHANZI KAZI RIHANNA YANKWEYE INZOGA NYINSHI BIRANGIRA ARUTSE IBYOYANYOYE BYOSE
Umuhanzi kazi Rihanna murino minsi urimo kugaragaraho ubusinzi budasanzwe, muri weekend ishize nibwo yaciye agahigo ko kurukira mu kabari kitwa 1 OAK Nightclub gahereye i las vegas aho yari yasohokanye n’izindi nshuti ze z’abakobwa. Ngwamafoto y’umuhanzi kazi aruko yagizwe ibahanga nkuko tubikesha ikinyamakuru cya thesun ngo umusore wamuhaye agatambaro ko guhanaguza ibirutse ngo amafoto yafotoye [...]
SEAN KINGSTON ARABESHYA NTABWO NAMUHAYE IMODOKA YANJYE – JUSTIN BIEBER
K’umunsi wejo hashize (kuwa mbere) nibwo Sean Kingston yatangarije abanyamkuru ba Tmz (ikinyamakuru cyandikira ku murongo wa internet) ko kubera ubushuti budasanzwe afitanye na Justin bieber byatumye amuha impano y’imodoka yo mu bwoko bwa Fisker Karma ihagaze akayabo k’ibihumbi 100 by’amadolari ($100,000). Inshuti zahafi za Justin bieber zatangaje ko Justin bieber atigeze aha Sean Kingston [...]
UMUHANZI MUSABE DIEUDONNE UZWI CYANE MUNDIRIMBO ZIHIMBAZA IMANA YASHYIZE HANZE INDIRIMBO NSHYA YITWA “NDAMUFITE”
Umuhanzi Musabe Dieudonne amaze iminsi mike ashyize hanze indirimbo ye nshya yise « Ndamufite », akaba yarayikoranye n’abahanzi Dominic Nic na Rachel. Iyi ndirimbo ye ije isanga izindi nazo yakoranye n’abahanzi batandukanye, aho twavuga nk’iyitwa « Duhindure isi yacu » ari nayo ndirimbo irimo abahanzi benshi bagera kw’icumi, ndetse hari n’indi yitwa « Nzamubona » yakoranye na Bright umusore uzwiho kuririmba [...]
DORE UKO BYARIBIMEZE MWIFATWA RY’AMASHUSHO Y’INDIRIMBO Y’UMURAPERI KAZI CINEY AFATANYIJE NA LIL P.
Mugitondo Cyo Kucyumweru Ku Itariki 23/09/2012 Nibwo Umuraperikazi Ciney Yagaragaraga Mumujyi Wa Kigali Arimo Gufata Amashusho Y’Indirimbo Ye Nshyashya Afatanyije N’Umusore W’Umunyarwanda Ariko Wibera Mugihugu Cy’Ubwongereza Akaba Ari Naho Akorera Umuziki We Uyu Muhanzi Akaba Azwi Kwizina Rya Lil P. Naho Iy’ Indirimbo Ikaba Yitwa Ngwino Nkwereke Iyi Ndirimbo Amajwi Yayo Akaba Yaratunganyijwe Na Mico [...]
BEYONCE KNOWLES ARANYOMOZA AMAKURU AVUGAKO ATWITE UMWANA WA KABIRI
Ku munsi wo ku cyumweru cyashize nibwo umuhanzi kazi Beyonce yagaragaye ari kumwe n’umugabo we Jay-z berekeje gufata amafunguro (muri restaurant) ahitwa La Marina, kubera ikanzu beyonce yari yambaye benshi ndetse n’ibinyamakuru bimwe na bimwe byahise bitangazako yaba atwite umwana wa kabiri doreko asanzwe afite umwana yabyaranye na jay-z ubufite amezi 8. Umuhanzi kazi abinyujije [...]
RIHANNA AKOMEJE KUGARAGARIZA URUKUNDO N’UBUFASHA CHRIS BROWN MU BIHE BY’AMAHINA ARIMO
Umuhanzi kazi Rihanna akomeje kugaragariza urukundo n’ubufasha kuwahoze ari umukunzi we Chris brown bakaza gutana mu mwaka wa 2009 nyuma y’imirwano, k’umunsi wo kuwa mbere nibwo chris brown yari yasubiye imbere y’ubutabera ngo hasuzumwe n’imba ibihano yahawe nyuma yo gukubita rihanna yarabikurikije neza. Umwe mubacamanza baburanisha chris brown witwa Patricia Schnegg yavuzeko chris brown atakoza [...]
SINEMERANYA NIBYO PAPA BENEDICT XVI AVUGA KUKO NTARI UMUKATORIKA NTATEZE KANDI KUMUBA – LADY GAGA
Mu gikorwa cyo kuzenguruka uburayi yamamaza umubavu we mushya ndetse anemenyekanisha ibitaramo agiye gukora (tour) ubwo yageraga mu gihugu cy’ubufaranga umuhanzi kazi Lady gaga yatangajeko adashyigikiye papa benedict wa xvi kucyifuzo cye cyuko abaryamana bahuje ibitsina bahabwa akato, kuruhande rwa lady gaga akaba we asanga umuntu ariwe ugomba gukora icyo yumva yifuza. Ntabwo abantu twese [...]
ICYIHISHE INYUMA YO KUTAMERERWA NEZA KWA CHRISTIANO RONALDO MURI REAL MADRID CYAMAZE KUMENYEKANA – KIREBE HANO.
Umukinnyi wa Real Madrid rurangiranywa Christiano Ronaldo, hashize iminsi itari mike atangaza ko atamerewe neza mu ikipe ye ya Real Madrid aho yagaragaraga mu kibuga atishimye, ndetse yatsinda n’igitego ntacyishimire, ibi bikaba byarateje ikibazo abakurikiranira hafi iby’ikipe ya Real Madrid hibazwa niba Christiano Ronaldo yaba akeneye umushahara w’inyongera cyangwa hari ikindi kibazo yaba afite muri [...]
UMU PAPARAZZI WAFOTOYE KATE MIDDLETON NA PRINCE WILLIAM BAMBAYE UBUSA YAGEJEJWE MU NKIKO N’IBWAMI
Mu gihe Prince William n’umudamu we Kate Middleton bari mu biruhuko mu gihugu cy’ubufaranga, umu paparazzi w’umufaranga yaje gufotora uyu kate middleton yambaye ubusa kugice cyo hejuru maze amafoto ayakwirakwiza ku isi hose ndetse imwe mu ma site agurisha ama filimi y’urukozasoni yari yatangaje ko yiteguye kugura ayo mafoto bakaya byazamo umusaruro. Nyuma y’amasaha make [...]
DORE IBIMENYETSO 10 BISHOBORA KU KWEREKA KO UWO MU KUNDANA YABA ASIGAYE AGUCA INYUMA.
Burya mu mubano w’abantu babiri bakunda icyizere n’urukundo nibyo bintu biza imbere y’ibindi kugirango abakundana barambane, iyo mugeze igihe umwe agatangira gukekera mugenzi we ko yaba asigaye atakwimwizera cyangwa se amuca inyuma dore bimwe mu bimenyetso wagenda ubona kuri we bigenda byigaragaza gahoro gahoro bishobora no guterwa ko mwaba mufitanye ikibazo kitagenda hagati yanyu mu [...]
|
[
"eng_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn"
] |
allowed
|
1d0d027d61e987f344f85d7ed1dbf170
|
keep
|
[] |
[
5.2,
5.7,
10,
10,
10,
10,
10,
6,
0
] |
./WIDE-20121029044026-crawl429/WIDE-20121029052907-05794.warc.gz
| 63,069,370 | 5,653 | 19,710 |
http://umuhinzi.com/tag/rwanda-plum/
|
text/html
| 2012-10-29T05:32:22 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"swh_Latn"
] |
[
0.911,
0.089,
0
] |
Home » Posts tagged with » Rwanda plum
Rwanda agriculture \ Rwanda crop \ Rwanda plum
Rwanda : Ikinyomoro gishobora kumara imyaka irenga 15 kigitanga umusaruro
Ubushakashatsi bwakozwe n’abahanga mu by’ubuhinzi ndetse binatangazwa n’ikigo Nyarwanda cyita ku buhinzi bw’imboga n’imbuto (RHODA), hagaragazwa ko ikinyomoro gishobora kugeza mu myaka iri hagati ya 15 na 20 kigitanga umusaruro. Ikinyomoro ni igihingwa gikomoka muri Amerika y’Epfo, aho kiboneka mu bihugu nka Peru, Chili, Equateur na Bolivia nkuko bitangazwa na Nkikabahizi Jean de Dieu ushinzwe ubuhinzi mu [...]
|
[
"eng_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
30516cc19c5a4c7c81e0221eefdea9ee
|
keep
|
[] |
[
6.4,
9.4,
10,
9.7,
8.7,
10,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121116224144-crawl417/WIDE-20121116231449-06641.warc.gz
| 152,532,639 | 7,377 | 29,926 |
http://www.inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1210110253
|
text/html
| 2012-11-16T23:22:05 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] |
[
0.9857,
0.0143,
0
] |
Ikipe y'igihugu Amavubi U17 yageze muri Botswana
Ku munsi w’ejo kuwa Gatatu nibwo ikipe y’igihugu Amavubi y’abatarengeje imyaka 17 yerekeje muri Botswana aho igiye gukina umukino ubanza wo gushaka itike y’igikombe cya Afurika kizabera muri Maroc 2013.
Kuri uyu wa gatanu taliki 12 Ukwakira 2012 nibwo umukino ubanza hagati y’Amavubi na Botswana uzakinwa mu mujyi wa Molopolole.
Umutoza w’Amavubi U17, Richard Tardy mbere yo guhagura I Kigali yatangaje ko ikipe ye itagiye gutembere ahubwo ishaka intsinzi n’itike yo gusubira mu gikombe cya Afurika.
Tardy yakomeje avuga ko afitiye ikizere iyi kipe y’abasore batarengeje imyaka 17 akurikije ukuntu bari kwitwara mu myitozo.
Igikombe cya Afurika giheruka muri uru rwego cyakiniwe hano mu Rwanda ndetse Amavubi agera ku mukino wa nyuma.
Dore urutonde rw’abakinnyi berekeje muri Botswana.
IRADUKUNDA BERTRAND
TWAGIRIMANA INNOCENT
BIZIMANA DJIHAD
OMBORENGA FITINA
KIMENYI YVES
RWATUBYAYE ABDUL
BISHIRA LATIF
ISHIMWE JEAN D’AMOUR
KALISA RASHID
NSHIMIYIMANA IBRAHIM
NEZA ANDERSON
NKINZINGABO FISTON
RWIGEMA YVES
SIBOMANA PATRICK
ITANGISHAKA BLAISE
KUBWIMANA CEDRIC
KALISA DJUMA AMERICA
NDAYISENGA KASSIM
Rutaganda Ponny
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"bam_Latn",
"eng_Latn",
"tso_Latn",
"fuv_Latn",
"run_Latn",
"zsm_Latn",
"run_Latn",
"hat_Latn",
"cjk_Latn",
"luo_Latn",
"kin_Latn",
"uzn_Latn",
"run_Latn",
"lin_Latn",
"oci_Latn",
"kin_Latn",
"luo_Latn",
"zsm_Latn",
"scn_Latn"
] |
allowed
|
4bd8b32c6f05b3a5f78b2e41d0317da4
|
keep
|
[] |
[
6.3,
7.9,
10,
10,
10,
9.9,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121116224144-crawl417/WIDE-20121116231449-06641.warc.gz
| 161,870,499 | 7,251 | 29,907 |
http://www.inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1210110124
|
text/html
| 2012-11-16T23:22:40 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] |
[
0.765,
0.2349,
0
] |
Muri fantastic Restaurant and Bar ushobora kwishyura ukoresheje VISA CARD
Mu kurushaho kugendana n’iterambere no korohereza abakiriya baho, Fastic restaurant and bar yazanye ikoranabuhanga aho umukiriya ashobora kwishyura akoresheje ikarita za VISA.
Nk’uko bitangazwa n’ubuyobozi bwa Fantastic Restaurant, ibi ngo babikoze mu rwego rwo kugendana n’iterambere hamwe no korohereza ababagana.
Uretse amafunguro aboneka muri Fantastic Restaurant, banageza ku bakunzi babo igisope aho bafite Live Band icuranga indirimbo za Karahanyuze.
Kuri ibi hiyongeraho gahunda yo kwerekana imipira ya shampiyona zikomeye ku isi hari ku mugabane w’uburayi kandi byose ku buntu.
Si ibyo gusa kandi kuko banafite murandasi y’ubuntu ku bashaka gukoresha utumanaho.
Inyarwanda.com
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"cat_Latn"
] |
allowed
|
0f760c90c70b0355085794ceae321170
|
keep
|
[] |
[
5.6,
7,
10,
10,
10,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121014104005-crawl335/WIDE-20121014113334-02311.warc.gz
| 210,687,756 | 11,273 | 48,934 |
http://www.ruhagoyacu.com/spip.php?article4970
|
text/html
| 2012-10-14T11:45:29 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] |
[
0.9884,
0.0116,
0
] |
Ibihugu bitanu bitari mu karere ka CECAFA byanditse bishaka kuzitabira irushanwa rihuza ibihugu byo mu karere k’iburasirazuba no hagati. Ibyo bihugu ni Zimbabwe, Cameroon, Zambia, Cote d’Ivoire na Malawi.
Nk’uko umunyamabanga mukuru muri CECAFA Nicholas Musonye yabitangarije ikinyamakuru Standardmedia cyo muri Kenya, ngo muri ibyo bihugu bitanu, bibiri ni byo byonyine bigomba kwemererwa.
« Akanama kazaterana gafate umwanzuro wanyuma ku bihugu bibiri tuzatumira kuza kwitabira iyi mikino gusa twashimishijwe n’ugushaka kwabyo ». Nicholas Musonye
Musonye kandi yakomeje avuga ko ibihugu bisanzwe muri CECAFA bifite kugeza tariki ya 06/10 uyu mwaka kwemeza niba mu by’ukuri bizitabira iri rushanwa. Ibihugu bizaba bitaremeza kugeza icyo gihe bizasigwa dore ko tombola y’uko amakipe azahura iteganyijwe tariki ya 8/11/2012.
Kugeza magingo aya ibihugu umunani bisanzwe mu karere ka CECAFA ni byo byarangije kwemeza ko bizitabira iri rushanwa rizabera mu gihugu cya Uganda kuva tariki ya 24/12 uyu mwaka. Ibyo ni Uganda, Ethiopia, Tanzania, Zanzibar, Djibouti, Somalia, Sudan y’amajyepfo n’u Rwanda.
Igihugu cya Kenya kitishimiye uburyo iri rushanwa ryavuye iwabo bakarijyana muri Uganda nacyo gishobora kuzitabira CECAFA igihe cyose amatariki yayo ahinduwe ngo kugirango bitabangamira imyiteguro ya Chan nkuko byavuye mu nama yahuje abayobozi b’umupira w’amaguru muri icyo gihugu ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu.
Muri iyi nama kandi ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Kenya ryavuze ko umutoza w’ikipe yabo y’igihugu Henri Michel yumviswe nabi ko atigeze vuga ko irushanwa ntacyo rivuze ahubwo ko yatangaje ko irushanwa rya Chan rinatanga amanota muri FIFA ari ryo ryagakwiye gushyirwa imbere, mbere yo kuvuga CECAFA.
CECAFA iheruka yegukanywe n’ikipe ya Uganda Cranes nyuma yo gutsinda u Rwanda kuri za Penaliti dore ko amakipe yombi yari yanganyije 2-2.
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
78bc3a2a9f5f6b7637aeaaf332c8b765
|
keep
|
[] |
[
5.7,
6.7,
10,
10,
10,
10,
10,
3,
0
] |
./WIDE-20121020054129-crawl419/WIDE-20121020060630-02816.warc.gz
| 578,241,215 | 9,214 | 37,747 |
http://www.igihe.com//ikoranabuhanga/internet/?debut_gh_news=60
|
text/html
| 2012-10-20T07:03:41 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"tat_Cyrl"
] |
[
0.9392,
0.0608,
0
] |
Intumwa z’Umuryango w’Abibumbye mu Rwanda zirimo gutanga amahugurwa ku bahinzi bo mu Rwanda ku bijyanye n’uburyo bwo gushaka amasoko y’ibihingwa...
Ku nshuro ya mbere mu mihigo y’imirenge igize Akarere ka Nyamagabe, mu Ntara y’Amajyepfo hagaragayemo gukangurira Abaturage gukoresha imbuga...
Muri ibi bihe ikoranabuhanga rya internet rifite umuvuduko wo hejuru ku buryo ibintu byose bisigaye bikorerwa kuri internet. Ibi bivuga ko umuntu...
Ku wa Gatatu mu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’umuvugizi w’urubuga nkoranyambaga rwa Facebook ryemeje ko Randi Zuckerberg asezeye ku mirimo yari...
Kuri uyu wa Kane tariki 21 Nyakanga 2011, gifatanije n’Umuryango Mpuzamahanga w’ubufatanye wo muri Koreya KOICA(Korea International Cooperation...
Nyuma y’uko urubuga rwa Internet nkoranyambaga Facebook rugirana amasezerano y’ubufatanye n’urubuga rwa Intenet Skype rufite umwihariko wo gukoresha...
Google.Inc ifite urubuga rwa mbere ku isi rusurwa n’abantu benshi yashyizeho ishami rishya ryitwa google + riri mu bwoko bw’ imbuga nkoranyambaga...
Kuri ubu aho isi igeze n’iterambere abantu benshi bakoresha itumanaho rya internet kenshi cyane mu buzima bwabo, ibyo bigatuma rimwe na rimwe...
Mu gihe mu Rwanda hakomeje kuvuka imbuga za internet nyinshi, ndetse no hanze hagakomeza kubaho iziri mu Kinyarwanda cyangwa zivuga ku Rwanda,...
Buri mwaka, abantu batari bake bibwa amafaranga binyuriye ku butekamutwe bwo kuri internet, ariko abantu bakomeza kugwa muri uwo mutego binyuriye...
Bamwe mu bacuruza murandasi (connexion) baravuga ko batakibona ababagana bahagije kubera ko haje ubundi buryo bwo kubonamo murandasi ku buryo...
Nk’uko tubikesha urubaga ebizmba.com, Facebook yashinzwe na Mark Zukerberg mu 2004 iza ku mwanya wa mbere, naho Twitter yashinzwe na Jack Dorsey...
Sarro Munshi Khan w’imyaka 25, yaburanye n’umuryango aza kubonana na wo nyuma y’imyaka 20 abikesheje ikoranabuhanga ryerekena ahantu hatandukanye...
Sarro Munshi Khan w’imyaka 25, yaburanye n’umuryango aza kubonana na wo nyuma y’imyaka 20 abikesheje ikoranabuhanga ryerekena ahantu hatandukanye...
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
bb03df923c4b440b73db96243f119583
|
keep
|
[] |
[
5.5,
7.8,
10,
9.4,
10,
10,
9.3,
0,
0
] |
./WIDE-20121113170332-crawl421/WIDE-20121113181943-00075.warc.gz
| 777,333,353 | 4,675 | 14,027 |
http://www.ferwafa.rw/competitions/first-division/2593-impinduka-muri-gahunda-ya-shampiyona-yicyiciro-cya-mbere
|
text/html
| 2012-11-13T19:19:56 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] |
[
0.9552,
0.0448,
0
] |
impinduka muri gahunda ya shampiyona y’icyiciro cya mbere
- Wednesday, 03 October 2012
- Written by Webmaster
Nyuma y’icyemezo cya CAF cyo guhindura umukino uzahuza Amavubi y’abatarengeje imyaka cumi n’irindwi( U17) na Botswana (U17) washyizwe ku itariki ya 20/10/2012, byatumye imikino imwe ya shampiyona y’umupira w’amaguru icyiciro cyambere, ihinduka ku buryo bukurikira:
ICYITONDERWA: kubera kandi imikino ya gishuti, ikipe y'igihugu nkuru ifite muri Botswana na Namibie, imikino yose ya shampiyona y'icyiciro cya mbere (D1) yari kuzakinwa ku cyumweru tariki ya 07/10/2012 yimuriwe kuwa gatandatu tariki ya 06/10/2012. iri tangazo kandi rirareba abasifuzi bari kuzasifura iyo mikino.Last Updated on Wednesday, 03 October 2012 15:29
|
[
"run_Latn",
"eng_Latn",
"eng_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
b820536aece3ec8d88b4c2da330092c8
|
keep
|
[] |
[
5.8,
10,
10,
9.4,
8.7,
8.4,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121016231722-crawl420/WIDE-20121016233417-02805.warc.gz
| 223,519,260 | 15,518 | 54,158 |
http://www.umuvugizi.com/?feed=atom
|
application/atom+xml
| 2012-10-16T23:53:50 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] |
[
0.9322,
0.0678,
0
] |
Nk’uko amakuru Umuvugizi dufite abigaragaza, ni uko mu kwezi kwa 09/2012 hakoreshejwe umunyamakuru Umuhoza Robert wahoranye Ikinyamakuru La Reveil akaza kukigurisha na Kadeli, yatawe muri yombi n’inzego za polisi muri Uganda atumwe na Leta y’u Rwanda aje gufatisha umunyamakuru Nsabimana Alphonse na HABIYAMBERE Valens ukorera Umuvugizi.
Iyo dosiye yajyanywe kuri polisi ya OLD Kampala. Ambassade y’u Rwanda yifashishije umwe mu bantu bahoze ari impunzi akaza kugurwa n’ubutegetsi bw’u Rwanda, ubu akaba yarambuwe carte y’ubuhunzi,akaba akora muri Ambasade y’u Rwanda muri Uganda hagamijwe gushaka gucikisha uwo munyamakuru ukurikiranyweho gufatisha abanyamakuru bahunze bari muri icyo gihugu cya Uganda. Mu bufatanye bw’Ambassade n’inshuti z’uwo munyamakuru Umuhoza Robert bari muri Uganda baramwishingiye hatangwa amafaranga ariko yamburwa na passer port.
Ubu Ambassade y’u Rwanda yatangiye gukoresha undi munyamakuru ukorera Radio Isango Star umaze iminsi aza kuri HCR(OPM) areba impunzi y’Abanyarwanda zihari.
Kyomugisha , Kampala
Ubwo uru rubanza rwasasaga, rwari rwitabwe n’abatagera ku icumi mu bareganwa na Hassan Ruvakuki. Ikirego cy’uyu munyamakuru, wari warakatiwe guherayo muri kamena uyu mwaka, umucamanza ntiyigeze agira icyo akivugaho.
Umuryango urengera ubwisanzure bw’itangazamakuru ku isi (Reporters sans frontières) uvuga ko «mu rubanza rubanziriza uru, umucamanza wabonaga ko afite ubushake bwo kwihutisha urubanza. Bitandukanye n’uko bimeze ubu, aho umuntu abona ko noneho rurimo kudindira».
«Ugereranije n’uko byari byagenze i Cankuzo, abacamanza bari bagerageje gutega amatwi uko abaregwa bireguraga, ndetse n’ababunganira bakaba barashoboye kwisobanura ku buryo buhagije. Nyamara icyemezo cy’isubikwa ry’urubanza rwa mugenzi wacu ufunzwe arengana mu gihe kirenze amezi icumi, gitumye na none yongera gutegereza ikindi gihe cy’ubusa».
Patrick Nduwimana, uyobora Radio Bonesha FM, wakoreshaga Hassan Ruvakuki, yahise yerekana ko ashavujwe n’iki cyemezo. «Twari twiteguye ko urubanza ruziihuta. Kubera iki tugomba na none gutegereza no kugaruka mu cyumweru gitaha?». Naho Alexandre Niyungeko, uyobora ishyirahamwe ry’abanyamakuru bo mu Burundi, yagize, ati: «Ibi bisobanura ko uru rubanza rugiye kuzamara ikindi gihe rutaburanishijwe».
Hassan Ruvakuki, utarashoboye kumenya neza niba iyimurwa ry’urubanza rwe ryari inkuru mbi cyangwa nziza, mbere yo gusohoka mu rukiko, yabwiye uhagarariye «Reporters sans frontières» mu Burundi, ati : «Bizatungana, mwakoze, nisubiriye iwanje mu ibohero ry’i Muramvya».
Abantu benda kungana na 300 bari bitabiriye uru rubanza, barimo abahagarariye ibihugu byabo mu Burundi, umuryango uharanira uburenganzira bw’ikiremwamuntu (Human Rights Watch), ndetse na «Reporters sans frontières». Abahagarariye ibinyamakuru n’amaradiyo akorera mu Burundi, na bo bari bitabiriye uru rubanza. Ibi bitangazamakuru ni nka Bonesha FM, Radio Publique Africaine (RPA), Iwacu, Net Press, n’ibindi.
Jean-Claude Kavumbagu, umuyobozi wa Net Press, wari umaze igihe afungiwe muri gereza mu Burundi, kubera icyaha kimeze nk’icya mugenzi we Hassan Ruvakuki, na we yari mu baje kumushyigikira.
Amiel Nkuliza, Sweden.]]>
N’ubwo iyi nama ari yo izaba ari yo gahunda y’uruzinduko rwe muri Kongo, Perezida w’Ubufaransa azanahura na Etienne Tshisekedi, uherutse guhangana na perezida Joseph Kabila mu matora y’umukuru w’igihugu, amatora yabaye mu ukuboza 2011, akarangwamo uburiganya bwinshi.
Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru ejo mu kwitegura uru ruzinduko, François Hollande yatangaje ko «azakora uko ashoboye akubaka umubano mwiza hagati y’ibihugu bya Afurika, ko ariko na none atekereza ku batavuga rumwe n’ubutegetsi bo kuri uyu mugabane, akenshi baba bashaka kuzana demukarasi, batabinyujije mu mvururu, demukarasi inyuze mu matora nk’ahandi hose ku isi».
Muri icyo kiganiro, François Hollande yanavuze ko afite ubushake bwo gukorana n’abayobozi ba Afurika bifuza ko mu bihugu byabo habaho demukarasi ishingiye ku ruhererekane rw’ubutegetsi, ari na byo biherutse kuba mu gihugu cya Sénégal, yasuye uyu munsi, mbere y’uko yerekeza i Kinshasa.
Bwana François Hollande yanavuze ko igihugu cya Kongo, kizaberamo inama ya «Francophonie» ejo, cyatewe, imipaka yacyo ikaba yaravogerewe mu gihe gishize, ko ibi bibazo yiteguye kuzabivuganaho na mugenzi we Perezida Kabila, mu gushakisha umuti wabyo.
Muri raporo iherutse gushyirwa ahagaragara n’impuguke z’Umuryango w’Abibumbye, hagaragajwe ko igihugu cy’u Rwanda gitoza, kikanaha intwaro inyeshyamba za M23, zigiye kumara umwaka zishoje imirwano mu burasirazuba bwa Kongo, aho abana, abagore, bafatwa ku ngufu, abarokotse imirwano bagakwira imishwaro mu bihugu by’abaturanyi ba Repubulika Iharanira Demukarasi ya Kongo.
Amiel Nkuliza, Sweden.]]>
Iyi raporo, yiswe mu rurimi rw’igifaransa, Rwanda : Dans le plus grand secret. Détention illégale et torture aux mains du service de renseignement militaire, ari byo bivuze mu rurimi rw’ikinyarwanga ngo, Rwanda: Mu ibanga rikomeye. Ifungwa rinyuranije n’amategeko n’iyicarubozo mu maboko y’urwego rushinzwe iperereza rwa gisirikare, yashyizwe ahagaragara ishingiye nyine kuri iri fungwa rinyuranije n’amategeko mu Rwanda, abafashwe ntibabonerwe irengero ukundi, cyangwa bagakorerwa n’abakozi bo muri J2, ibikorwa by’iyicarubozo.
Iyi raporo kandi irashyira ahagaragara amakuru arambuye ku bantu bavuga ko bakubiswe, bagatwikishwa ibyuma by’amashanyarazi kugirango bemere ibyaha, ubwo babaga barimo kubazwa n’izi nzego za gisirikare zishinzwe iperereza.
Uwitwa Sarah Jackson, umuyobozi wungirije ushinzwe Afurika muri Amnesty International, yatangaje ko «ibyo ingabo z’u Rwanda zagezeho mu rwego rw’uburenganzira bw’ikiremwamuntu, bikurikiranirwa hafi n’amahanga, nyamara ibijyanye n’ifungwa rinyuranije n’amategeko cyangwa n’ibikorwa by’iyicarubozo, bigikorerwa abantu mu ibanga rikomeye».
Abantu bagera ku icumi bafunzwe n’inzego za J2 ku buryo bw’ibanga, badashobora kuboneka mu gihe cy’amezi, aba bari bafunzwe bakaba baratangarije Amnesty International ko banakorewe ibikorwa by’iyicarubozo.
Hagati ya werurwe, umwaka wa 2010 na kamena 2012, Amnesty International yakusanyije amakuru ku bantu 45 bari bafunzwe mu buryo bunyuranije n’amategeko, n’abandi 18 bakoreweho ibikorwa by’iyicarubozo mu kigo cya gisirikare cya Kami, mu kigo cya gisirikare cya Mukamira, n’ahandi bafungirwaga h’ibanga, mu murwa mukuru wa Kigali.
Aba bantu bafunzwe n’inzego z’ubutasi za J2 mu gihe cy’iminsi 10 kugeza ku mezi icyenda, badafite uburenganzira bwo kubonana n’ubunganira mu mategeko, batabonana n’abavuzi, cyangwa n’imiryango yabo.
Abenshi bagiye bafatwa n’abasirikare kuva muri werurwe 2010, ubwo mu mugi wa Kigali haterwaga ibisasu byo mu bwoko bwa grenade, ari na bwo uwahoze ari umugaba mukuru w’ingabo, Kayumba Nyamwasa, yahungaga, ari na bwo na none hari hegereje amatora y’umukuru w’igihugu muri kanama 2010. Abenshi muri aba bagiye bafungwa, bakanakorerwaho ibikorwa by’iyicarubozo, baregwaga guhungabanya umudendezo w’igihugu.
Abashoboye kugezwa imbere y’umucamanza bavuze ko bagiye bakorerwa ibi bikorwa by’iyicarubozo, ubwo babahatiraga kwemera ibyaha mu gihe cyo kubazwa. Aho kugirango hakorwe amaperereza y’ibyo byaha bikomeye aba bagiye bakorerwa, umucamanza yabasabaga ahubwo kwerekana ibimenyetso by’uko ibi byaha babikorewe. Kuba abacamanza batarashatse gusuzuma neza ibyo ababuraniraga aba bantu bemezaga, bigaragara neza ko ubucamanza bwo mu Rwanda butakoze akazi kabwo, butubahirije amategeko ku baregwa.
Abantu babiri – Robert Ndengeye Urayeneza na Sheikh Iddy Abbasi –, ntibigeze babonerwa irengero kuva inzego za J2 zibafashe kiboko, muri werurwe 2010.
Muri gicurasi 2012, i Genève mu Busuwisi, abayobozi b’u Rwanda, imbere y’Akanama ka Loni gashinzwe kurwanya ibikorwa by’iyicarubozo, bahakanye bivuye inyuma ko nta ruhare bafite mu gufunga abantu mu buryo butemewe n’amategeko, n’ubwo hari ibimenyetso simusiga ko iri fungwa ridakurikije amategeko ari ryo ryibereyeho mu Rwanda.
Aka kanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe kurwanya ibikorwa by’iyicarubozo, kasabye guverinoma y’u Rwanda gukora amaperereza yerekeranye n’ubwihisho abantu bafungirwamo, no gutanga amakuru ajyanye n’uko abantu bagenda barigiswa, ntibongere kubonerwa irengero ukundi.
Icyagaragaye ni uko, ari abaturage basanzwe cyangwa ababuranira abantu mu nkiko (avocats), bose batinya gushyira ku mugaragaro ibi birego bijyanye n’ifungwa ridakurikije amategeko n’ibikorwa by’iyicarubozo biri mu Rwanda, kubera ko baba bafite impungenge z’umutekano wabo. Umuryango umwe wahisemo kujyana ikibazo cyawo imbere y’Urukiko rwa Afurika y’uburasirazuba, muri Tanzaniya. Uru rukiko rwemeje ko ifungwa ritemewe n’amategeko n’iburanishwa mu gihe cy’amezi atanu bya lieutenant-colonel Rugigana Ngabo, byagaragaje neza ko u Rwanda rutigeze rukurikiza amategeko, n’ubwo na rwo rwasinye ku masezerano ashyiraho uru rukiko.
Abayobozi b’u Rwanda bafashe ibyemezo byo kurwanya ibikorwa by’iyicarubozo, ubwo bemeraga guhindura itegeko rijyanye n’amasezerano yo kurwanya iyicarubozo, ari na bwo batumiraga mu Rwanda umukozi mukuru wa Loni ushinzwe kurwanya ibi bikorwa by’iyicarubozo. Nyamara n’ubwo ibi byose byakozwe, nta muyobozi wa guverinoma y’u Rwanda n’umwe wigeze agira icyo akora kugira ngo hakorwe amaperereza kuri ibi bikorwa bijyanye n’iyicarubozo byakorewe bariya bantu.
Kubera izi mpamvu, madamu Sarah Jackson akaba asaba ko «ibihugu bitanga inkunga ku ngabo z’u Rwanda bigomba guhagarika iyi nkunga ku nzego zishinzwe umutekano, zakataje mu kubangamira uburenganzira bw’ikiremwamuntu».
Umushinjacyaha mukuru wungirije w’u Rwanda yatangarije Amnesty International, muri aya magambo : «Nta bikorwa by’iyicarubozo birangwa mu gihugu cyacu, kubera iyo mpamvu ntidushobora gukora amaperereza ku birego bidafite ishingiro».
Umubare w’ibikorwa nk’ibi waragabanutse mu mwaka ushize, nyamara kubera ko abayobozi b’u Rwanda bagenda babumba amaha mu gukurikirana mu butabera abagiye babikorera abantu, bizatuma inzego z’iperereza za J2 zikaza umurego mu gukomeza guhohotera bundi bushya uburenganzira bw’ikiremwamuntu.
Iyi raporo ya Amnesty International ishingiye ku bushakashatsi bwakozwe ubwo abakozi bayo bajyaga mu Rwanda hagati ya nzeli 2010 na kamena 2012. Uyu muryango uharanira uburenganzira bw’ikiremwamuntu waganiriye n’abantu barenga 70, barebana n’ibyanditswe muri iyi raporo, aba bantu bakaba barigeze gufatwa, bakanafungwa n’abasirikare. Abakozi ba Amnesty International banabajije imiryango y’abantu barigishijwe n’inzego z’umutekano, ndetse banavugana n’abunganira abandi mu nkiko (avocats).
Amiel Nkuliza, Sweden.]]>
Iperereza twakoze ryerekana ko ibihugu by’amahanga byamaze gutahura ko perezida Kagame na bamwe mu basirikare be bakuru, bakoze ibyaha by’intambara, bityo bikababera imbogamizi kugirango bishyire bizane hirya no hino mu ngendo baba bashaka gukorera mu mahanga.
Mu baza kw’isonga mu kwimwa uburenganzira bwo kwishyira ukizana ni Gen Karenzi Karake uherutse no kunanirwa kujya mu nama ya Loni muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika kubera ibyaha by’intambara acyekwaho yaba yarakoze ubwo yari umuyobozi w’urwego rw’iperereza rwa gisirikare (DMI).
Undi ni Gen Joseph Nzabamwita akaba ari n’umuvugizi w’igisirikare, uyu na we akaba yarashatse kenshi kujya mu bihugu by’Uburayi nk’Ububiligi, bakamwima visa kubera ubwicanyi yakoze akiri umwe mu bari bayoboye DMI.
Gen Ntaganda Bosco na we ari mu basirikare bakoreshejwe ubwicanyi butandukanye na perezida Kagame muri Kongo, bityo perezida Kagame akaba asanga nta yandi mahitamo afite uretse kumukingira ikibaba kubera gutinya ko ashobora kuzamutamaza aramutse ashyikirijwe ubutabera mpuzamahanga.
Undi ni Gen Kayonga Charles na mugenziwe Gen Kabarebe bari ku rutonde rw’abashakishwa n’ubutabera mpuzamahanga kubera ubwicanyi bagiye bakora, bityo aba nabo bakaba batagifite uburyo bidegembya hirya no hino mu bihugu by’amahanga.
Muri 2009 Leta ya Afurika y’epfo yafatiye Gen Kabarebe ku butaka bwayo kubera manda z’umucamanza wa Espagne, aza gukizwa n’uko perezida Kagame yahamagaye mugenzi we Jacob Zuma amutabariza, bituma Gen Kabarebe arekurwa, ariko na none yihanangirizwa kutazongera guhirahira akandagiza ikirenge muri icyo gihugu.
Aba bose kimwe na mugenzi wabo perezida Kagame, baregwa ibyaha by’intambara bikomeye, kubera ubwicanyi bagiye bakorera mu bice bitandukanye by’u Rwanda, bigatuma bahora bikanga baringa y’ubutabera mpuzamahanga, batinya ko bitinde bitebuke bazashyira bakabazwa ubwo bwicanyi, bagakanirwa n’urubakwiye.
Gasasira, Sweden.]]>
Kimwe na MRND, FPR yikubiye ibyiza byose by’igihugu, ibyari akazu k’abashiru bisimburwa n’akandi kazu kagizwe n’abantu babarirwa ku mitwe y’intoki, barimo Jeannette Kagame, Gen Jack Nziza, hamwe na minisitiri Musoni James wabaye ikigirwamana, akaba yarakunze gukoreshwa mu guca intege abarwanashyaka ba FPR bari kw’isonga mu kubohoza igihugu, ndetse akaba ubu yarahawe umuyoboro wo gusahura umutungo wa Leta.
Inkota yo kurimbura abarwanashyaka ba FPR
Kugeza ubu abari kw’isonga mu kwicwa n’agahinda kubera uburyo ishyaka rya FPR riyoboye igihugu muri iki gihe, ni bamwe mu barishinze, dore ko agatsiko kayobowe na perezida Kagame, akoresheje abamotsi be aribo Gen Jack Nziza hamwe na Minisitiri Musoni James, kagiye kamunga iryo shyaka, ari na ko kigizayo bamwe mu banyamuryango b’imena bari bafitiye igihugu akamaro, bakabasimbuza abana bameze nk’ibitambambuga, batazi n’impamvu zatumye ishyaka rya FPR rishingwa. Ibi bikaba biri mu rwego rwo gusibanganya amateka ya Nyakwigendera Fred Gisa Rwigema n’izindi ntwari bafatanyije mu gushinga ishyaka rya FPR Inkotanyi.
Mu rwego rwo gusenya ishyaka rya FPR kugirango ryitirirwe perezida Kagame n’umumotsi we Musoni James, ubu urimo kwitoza kuzamusimbura ku mwanya w’umukuru w’igihugu, byabaye ngombwa ko basenya abakambwe batangije iri shyaka. Iri senya rikaba ryaratangiriye kuri Pasteur Bizimungu wahoze ari umukuru w’igihugu, Mazimpaka Patrick, Bihozagara Jacques, usigaye ukora akazi k’ubworozi, Dr Rwamasirabo Emile, Dr Kaberuka Donald, Rujugiro Ayabatwa Tribert, Mzee Kalimba Haruna, Gen Sam Kanyemera Kaaka,Col Musitu , Col Dodo Twahirwa , Gen Kayumba Nyamwasa, warasiwe muri Afurika y’epfo muri 2010 akimara guhunga na n’ubu bakaba bakimuhiga, Kabandana Mariko ugiye kuborera muri gereza, Butera Bosco baciriye i Shyanga, Kamire Karamaga, Dr Murigande Charles baciriye mu Buyapani, Sarah umugore wa David Rwiyamirira, Karega Vincent na we bigijeyo akaba akorera muri Afurika y’epfo, Dr Kabayija Ephraim ubu usigaye ukora akazi k’ubworozi, Mutsindashyaka Theoneste bafunze bakanateza utwe cyamunara, Prof Munyanganizi Bikoro bafunze babeshyera ko yibye kandi yarazize kunenga uburyo Gen Nkunda yafunzwe mu buryo budasabanutse, Col Joshua Mbaraga, Gen Charles Muhire wazize kunenga uburyo RDF yari iyobowe n’amabandi nka ba Gen Kayonga Charles hamwe n’umusinzi Gen Ceaser Kayizari, Christine Umutoni wazize gushimira igihugu cya Uganda ko cyareze neza abanyarwanda bari barahahungiye, Brig Gen Frank Rusagara wigijweyo kubera ubwenge bwe, Linda Bihire wazize kuba atarunvikanaga n’ikigirwamana Musoni James, Rose Mary Museminari wazize kutumvika na Musoni James, Davina Mirenge wazize madame Jeannette Kagame, Rosette Rugamba wazize Jeannette Kagame, Conso Rusagara wazize madame Jeannette Kagame, Dr Himbara David wazize Madame Jeannette Kagame, Kalisa Mupende wazize madame Jeannette Kagame na Musoni James, Ambasaderi Mukanyange, Ambasaderi Ngoga Pascal, Col Ben Karenzi, Col Jacques Nsenga, Col Kamiri, Col Mulisa John Bosco, Col Semana , Brig Frank Rusagara, Col Tom Byabagamba, ACP Denis Karera, CGP Andrew Rwigamba, Ambasaderi Ben Rugagazi, Sam Nkusi, Kalisa Alfred wazize ubusambo bwa Kagame akanamufunga kugirango arye utwe, ubu akaba yariyumanganyije kugirango arebe ko yaramuka kabiri, Ambasaderi Kayitana, Innocent Nyaruhirira wananiwe kwibira neza Jeannette Kagame muri King Fayscal Hospital, akava no mu gihugu adasezeye, ubu akaba yikorera akazi k’ubuvuzi mu Bubiligi, Nkongori John, Minisitiri Protazi Musoni wasenywe na Musoni James kubera inyota yari afite yo kumusimbura ku mwanya wa minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu, Gen Frank Mugambage wasenywe na Musoni James, n’abandi benshi ntashobora kurondora.
Hafi 98% by’abavuzwe hejuru bagiye basenywa na Perezida Kagame akoresheje ikigirwamana cye Musoni James hamwe n’umwicanyi we mukuru Gen Jack Nziza. Ibi bikaba byaraciye intege ku buryo bugaragara ishyaka rya FPR, akaba ari na yo mpamvu risigaye rihuzagurika kubera kutagira abajyanama muri politiki, dore ko ahari intwari hasimbuwe n’ibisambo ndetse n’abamotsi badafite icyo bamariye igihugu, uretse guhora babyinira Kagame, bityo abantu benshi bakaba bibaza aho ako gatsiko katagirwa inama, kaganisha igihugu cyacu.
Icyari igisirikare cy’igihugu cyarasenywe ku buryo ubu u Rwanda rutagifite igisirikare cya nyacyo. Icyagombye kuba igisirikare cy’igihugu cyabaye abarinzi ba perezida Kagame n’umwicanyi we Jack Nziza wumva ko abasirikare b’abanyabwenge bagomba gusenywa cyangwa bakirukanwa. Ibi byose akaba abikora agamije kuzasigara ari we wenyine uvugwa cyangwa ufite imbaraga mu gisirikare cya RDF.
Ibyari umutungo w’igihugu n’ishyaka rya FPR ubu byabaye umutungo bwite wa perezida Kagame, akaba akoresha ako gatsiko ke kagizwe na Musoni James hamwe na Nshuti Manasseh kumusahurira bashora umutungo wa Leta hanze y’igihugu. Ikindi nuko umutungo w’igihugu bawumariye muri za cyamunara bakunda gukoresha mu kiswe «privatisation», ari na ko uwo mutungo bawushyira mu maboko y’amasosiyete ya Kagame bwite. Ibi bikaba ari ubusahuzi simusiga ku buryo abantu bibaza uzagaruza uwo mutungo w’igihugu uwo ari we, dore ko gikomeje gusahurwa nk’aho kitagira ba nyira cyo.
Abahanga twavuganye basanga ubusahuzi bwa FPR burenze kure cyane ubwa MRND, dore ko Leta ya MRND yari itaramenya gusahura mwene aka kageni, nk’uko perezida Kagame abikora, nk’aho afite uwo basiganwa. Abandi twavuganye bemeza ko kubera ubujura perezida Kagame yakoresheje Musoni James hamwe no kwirenza abanyamuryango b’imena ba FPR, ari uko ashaka kuzamwimika ku mwanya w’umukuru w’igihugu kugirango bakomeze kuyobora igihugu nk’akarima kabo.
Kugeza ubu iyo umuntu arebye mu bihugu bya Afurika, haba muri Tanzaniya, Afurika y’epfo cyangwa muri Uganda, usanga FPR ari yo yonyine yakoze «revolution» itagira abayirwaniriye. Mu bayirwaniriye ba nyabo, abenshi bishwe uruyongoyongo, abandi barafunzwe, abandi bararumanga, aba nyuma bakaba ari abahunze igihugu kugirango bakize amagara yabo. Ibi bikaba ari kimwe mu bimenyetso simusiga by’uko ingoma ya Kagame n’abagaragu be irimo kuzunga muzunga, ikaba igeze no mu marembera.
Gasasira, Sweden
editor @umuvugizi.com
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"swh_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"swh_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"swh_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"swh_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"swh_Latn",
"cat_Latn"
] |
allowed
|
7da7ad898311d84a2dd573d4fed0aa86
|
keep
|
[] |
[
7,
6.8,
10,
9.9,
9.8,
10,
9.6,
10,
10
] |
./WIDE-20121016231722-crawl420/WIDE-20121016233417-02805.warc.gz
| 298,460,948 | 9,366 | 39,628 |
http://www.umuvugizi.com/?m=201106
|
text/html
| 2012-10-16T23:57:25 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] |
[
0.9344,
0.0656,
0
] |
Umuhango wo gutegeka iyongera ry’ifungwa ry’agateganyo rya Lt Col Rugigana Ngabo, murumuna wa Gen Kayumba Nyamwasa, wakozwe ku gicamunsi cyo kuya 30 kamena 2011 ku kicaro cy’urukiko rukuru rwa gisirikare. Byari byasabwe n’ubushinjacyaha bwa gisirikare umunsi uwubanziriza. Ku mpamvu zimwe ubushinjacyaha buhora butanga, bwasobanuye ko bazanye Lt.Col. Rugigana imbere y’urukiko busaba kongera ifungwa ry’agateganyo kuko [...]
Muri ibi bihe mu gihugu cya Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo, bari mu gikorwa cyo guha abaturage ibyangombwa byo kuzitabira amatora y’umukuru w’igihugu ateganijwe mu mezi ari imbere. Ikarita y’itora bahabwa niyo y’agateganyo isimbura irangamuntu inerekana abenegihugu ba RD Congo bemerewe kuzitabira ayo matora. Amakuru yizewe agera ku kinyamakuru Umuvugizi aturutse mu burasirazuba bwa Kongo [...]
Uyu munsi taliki ya 28 kamena 2011, muri Afurika y’Epfo hakomeje urubanza rwa Gen Kayumba, aho ubushinja cyaha bw’icyo gihugu buregamo abantu bagera kw’icumi , urubanza rukaba rwarasubitswe ejo kubera ko umwe mu bunganira uregwa atitabye abacamanza. Mu Rukiko ruri mu mujyi wa Johanesbourg ahitwa West Gate niho ubushinja cyaha bwa leta ya Afurika y’Epfo burega mo [...]
Amakuru dukesha abambari ba Kagame, aremeza neza ko Perezida Kagame na FPR, bamaze iminsi bashaka uko bakumvisha Abanyarwanda, ko nta kibazo na gito gihari mu mitegekere y’igihugu. Ndetse ko leta nta n’umwe icura, bose basangirira ku mbehe imwe ku byiza byayo. Nibyo byatumye ibikomerezwa bya FPR byerekeza iyo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, byikoreye akayabo [...]
Amakuru agera ku kinyamakuru Umuvugizi aturuka ahantu hizewe, yemeza ko Leta y’Ubwongereza yasubitse urugendo rwa Perezida Kagame rwari ruteganijwe mu kwezi gutaha, nyuma y’uko inzego z’ubutasi z’iki gihugu ziboneye za gihamya simusiga ko ibyo perezida Kagame yitaga Itorero ari ibikorwa byo gutoza umutwe w’insoresore, umutwe ugamije guteza umutekano mucye ku banyarwanda batuye mu Bwongereza batavuga [...]
Ku wa gatandatu taliki ya 25 kamena uyu mwaka, mu cyumba cy’inama cya Hoteli Scandic Plaza i Stockholm, ambasaderi Venansiya Sebudandi yari yahuje abanyarwanda, abigize bo, abarundi, n’abanyekongo. Bose hamwe bageraga kuri mirongo itanu (50). Mirongo icyenda ku ijana by’abanyarwanda bari aho ni abageze muri ibi bihugu bavuga ko bahunze ubutegetsi bwa Kagame. Nyuma y’aho [...]
Ku itariki ya 24 Kamena, ikinyamakuru Umuvugizi kiribuka umwaka ushize, inkoramaraso za Kagame zivuganye Rugambage Jean Leonard Cherif, umwanditsi mukuru w’icyo kinyamakuru. Mu ijoro ry’iyi tariki sa yine n’igice, mu mwaka wa 2010, nibwo izo nkoramaraso zifite abaziberecyeye ,zamurashe amasasu mu musaya, zimutsinda mu marembo y’iwe atashye mu Nyakabanda i Kigali. Nk’uko ikinyamakuru cyabitohoje, Rugambage [...]
Umuryango mpuzamahanga uharanira ubwisanzure bw’itangazamakuru, RSF,wababajwe cyane n’iyicwa ry’umunyamakuru Kambale Musonia, w’imyaka 29 y’amavuko, wakoraga kuri radiyo y’abaturage Lubero sud ,yavugiraga I Kirumba muri kivu y’amajyaruguru muri RD Congo. Yishwe n’amasasu atatu. Yarashwe n’abantu batatu bamutegeye iwe avuye ku kazi,mu ma sa moya z’ijoro, kuya 21 kamena 2011. RSF yagize iti”Twifatanije mu kababaro n’umuryango n’inshuti [...]
Byajyaga bivugwa ko Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yaba ari gutegura umugore we Nyiramongi Jeannette Kagame kuzamusimbura, nyamara abantu bakabyima amatwi. Nyir’ubwite Perezida Kagame yivuyemo, abitangariza mu kiganiro n’abanyamakuru ko azasimburwa n’uwo babana mu nzu. Mu mvugo ya Perezida Kagame ntiyavuze izina ry’uzamusimbura, nyamara abafite amatwi yo kumva ntiryabacitse, bamenye neza uwo yavugaga, ubwo yivugiraga [...]
Ikinyamakuru Umuvugizi cyimaze iminsi gikora itohoza, ku ibivugwa ko ingabo z’u Rwanda arizo RDF, zongeye gufata ibirindiro muri Kongo, Kinshasa, ko ariho zibera, n’ubwo zibeshya amahanga ko zitariyo kandi ko zavuyeyo. Amakuru atugeraho, yemeza ko RDF imaze amezi atari macye muri Kongo. Aho yihishe mu gice cyahoze ari CNDP ya Gen Ntaganda. Ayo makuru avuga [...]
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
fce8f99e5d10f401044a16910d3338f6
|
keep
|
[] |
[
6.4,
7.9,
10,
9.2,
9.8,
10,
10,
8,
0
] |
./WIDE-20121016231722-crawl420/WIDE-20121016233417-02805.warc.gz
| 315,091,725 | 9,196 | 39,137 |
http://www.umuvugizi.com/?m=201205
|
text/html
| 2012-10-16T23:59:01 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] |
[
0.9673,
0.0327,
0
] |
Hafi y’ibyumweru bibiri nyuma y’uko afashwe, umunyamakuru wa Radio Liberté, Kashigwe Binjamin, bakunda kwita Pilipili Kasai, yarekuwe by’agateganyo mu ijoro ryo ku wa 26 gicurasi 2012. N’ubwo yasabye imbabazi, Benjamin Kashigwe ntaramenya niba ibyaha yari akurikiranyweho n’urukiko rwa gisirikare, byaramukuriweho cyangwa niba bikiriho. N’ubwo na none umushinjacyaha w’urukiko rwa gisirikare, Charles Kibenga, yatanze uburenganzira bwo [...]
Amakuru agera ku Umuvugizi yemeza ko indi maneko ya perezida Kagame yiyitaga umurundi, yatawe muri yombi ahitwa Örebro. Nyuma y’undi mumaneko wiyitaga Umurundi nanone ariwe Habiyambere Emmanuel akaba na we yari atuye Örebro , inzego z’umutekano za Suwede zongeye guta muri yombi undi maneko wa Kagame tutashatse gutangaza amazina kubera impamvu z’umutekano, wakoraga ubutasi mu [...]
Itahurwa ry’uwaketsweho kuba maneko wa Kagame i Örebro, ryakuruye icyoba mu mpunzi z’abarundi baba muri Suwede. Ibi biremezwa n’uwitwa Willy Ndabaniwe, na we w’impunzi ituruka mu gihugu cy’Uburundi. Umuhungu wafashwe, bivugwa ko ari umurundi, yakekwagaho ibikorwa byo kuneka no gutanga amakuru yo kuneka atabifitiye uburenganzira. Umushinjacyaha Ronnie Jacobsson ushinzwe ibibazo by’umutekano yatangaje ko uwafashwe yakekwagaho [...]
Amakuru agera ku Umuvugizi kandi aturutse ahantu hizewe, yemeza ko maneko za Kagame zikorera muri ambasade y’u Rwanda mu Bwongereza, zirimo gutegura uko zakwiyegereza abanyarwanda hamwe n’Abongereza, zibinyujije mu mutaka w’abashoramari. Iyi nama yiswe Diaspora Investment Conference, mu magambo y’icyongereza, ikaba iteganyijwe kubera mu Bwongereza nyine kw’itariki ya 23/06/2012, ikaba igomba no guhuza Abanyarwanda hamwe [...]
Col Dan Munyuza yiyemereye ko ariwe wishe Rutayisire John Bosco, Gen Jack Nziza yica Kayitesi Beatrice Itohoza rimaze iminsi rikorwa n’Umuvugizi, ryemezako Col Dan Munyuza yamennye amabanga y’impamvu perezida Kagame ahora ahiga agahanga ka Gen Kayumba Nyamwasa ashaka ku mwica. Ngo ibi bikaba biterwa n’amakuru yatanzwe n’abasirikare bagenzi ba Gen Kayumba ko yari agiye guhirika ubutegetsi [...]
Imiryango igera kuri 20 itegamiye kuri Leta y’Uburundi n’indi ikorera mu gihugu, yababajwe n’icyemezo cy’urukiko cyafashwe ku wa 22 gicurasi uyu mwaka ku baregwaga kwica Ernest Manirumva, warwanyaga abarya ibiturire mu Burundi. Iyi miryango yemeza ko ibyavuye muri uru rubanza bibabaje ku bantu bakoze uko bashoboye mu gushakisha uko abahitanye Manirumva babibazwa. Iyi miryango inakomeza [...]
Amakuru agera ku Umuvugizi yemeza ko n´ubwo perezida Kagame aherutse kwanga ambasaderi mushya w’ubufaransa wari woherejwe guhagararira igihugu cye mu Rwanda Helene Le Gal, amuzizako yari aziranye n’uwahoze ari minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u bufaransa Alain Jupee, ariko amakuru atugeraho yemeza ko ibyo perezida Kagame yakoze bimeze nko guhungira ubwayi mu kigunda doreko hafi y’abantu bose bagize leta [...]
Amakuru agera ku Umuvugizi, aturutse ahantu hizewe, yemeza ko perezida Kagame aherutse guha amabwiriza ibiro by’abinjira n’abasohoka mu gihugu amabwiriza yo kwambura impampuro z’inzira “Passport “ abatavuga rumwe na we. Mu baza kw’isonga ry’abambuwe ibya ngombwa by’inzira ni abagize imiryango ya Gen Kayumba Nyamwasa, umucuruzi Ayabatwa Tribert Rujugiro, hamwe na Col Patrick Karegeya. [...]
Uburyo Jeannette kagame ategekesha Igihugu igitugu ! Mu kwandika iyi nkuru, turashaka kwereka rubanda uburyo Jeanette Kagame muruko gufasha umugabo we gutegekesha igitugu, bimaze kumuha “power” nyinshi kuburyo abanyarwanda benshi bamenyereye imikorere ya Kagame basigaye bavuga ko Jeanette Kagame azasimbura umugabo we. Abenshi mwabonye ukuntu asigaye akoresha Inyumba aloysia mu ngendo zamahanga kandi byitwa ko [...]
Amakuru agera ku Umuvugizi.com yemezako inzego z’umutekano z’Ubwongereza zatangiye kwambura ibyangobwa maneko za Kagame zari zarigize impunzi mu Bwongereza zivugako zahunze leta ya Kagame ahubwo zigamije guteza umutekano muke impunzi nyazo zahahungiye . Amakuru atugeraho yemeza ko zimwe muri izo za maneko zambuwe ibya ngobwa ni Jimmy Kanyambo wari warigize Impunzi mu Bwongereza nyamara anekera leta ya [...]
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
9ed44ca38f5497481bc65137ed72514c
|
keep
|
[] |
[
8.6,
10,
10,
9.6,
10,
10,
10,
10,
0
] |
./WIDE-20121016231722-crawl420/WIDE-20121016233417-02805.warc.gz
| 329,658,547 | 8,083 | 30,321 |
http://www.umuvugizi.com/?p=6489
|
text/html
| 2012-10-17T00:01:12 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"swh_Latn"
] |
[
0.9924,
0.0077,
0
] |
Minisitiri Mende arashinja Gen James Kabarebe guhungabanya umutekano wa Kongo
Amakuru agera ku Umuvugizi yemeza ko inzego z’umutekano z’Uburundi ziherutse gufunga umudepite ubarizwa mu gice cy’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kongo, ubwo yakomokaga mu Rwanda kujya gukorana imishyikirano na Gen Kabarebe. Akigera i Burundi, Hon Roger Lumbala Tshitenge yahise atabwa muri yombi n’inzego z’umutekano z’Uburundi.
Nyuma yo gutabwa muri yombi no kubazwa n’izi nzego, Hon Roger Lumbala yashoboye gutoroka, ahungira muri ambasade ya Afurika y’epfo mu Burundi. Tubajije minisitiri w’itangazamakuru, akaba n’umuvugizi wa Leta ya Kongo, Lambert Mende, ku bijyanye n’itoroka ry’uyu mudepite washakaga guhirika ubutegetsi bwa Kabila, abifashijwemo n’u Rwanda, yadusubije muri aya magambo : “Ni byo koko twavuganye n’inzego z’umutekano z’Uburundi, zidutangariza ko ejo zafashe uyu mudepite aturutse mu Rwanda, ku butumire bwa Gen Kabarebe. Uyu mudepite akaba yarabanje kwakirwa n’umunyamabanga wihariye wa Kabarebe ushinzwe Kongo, ari we Capt Célestin Sekoko, alias Safari, nyuma aza guhura na Kabarebe ubwe, wamusabye ko yafatanya na mubyara we, Col Kibango, na none uherutse gutoroka igisirikare cya FARDC, bagafatanya kuyogoza Kongo”.
Minisitiri Mende yanadutangarije ko “inzego z’umutekano z’Uburundi zashoboye kubona amakuru yuko uyu mudepite yari yitwaje amaterefoni agendanwa, agera ku munani, amwe akaba yarayavuganiragaho na mubyara we Col Kibango, andi akayavuganiraho na Gen Kabarebe. Gen Kabarebe akaba yari amaze gusaba depite Roger Lumbala kumufasha mu kumvisha aba Mai Mai Rai Mutomboki, Col Mutebutsi, Capt Amuli, ari we uyoboye Mai Mai ya Kutumba, gufatanya bakarwanya Leta ya Kabila kugirango ikibazo cyitwa ko ari icy’abanyarwanda bakomeje guhungabanya umutekano wa Kongo, cyumvikane ko ahubwo ari icy’abanyekongo bose . Aba bose bakaba baragombaga gufatanya na M23 kimwe n’undi munyapolitiki wahoze ari umuyobozi wa Kivu y’amajyepfo, ariwe Chiribanya Chirimwami kugeza ubu wahungiye mu Rwanda, mu migambi yabo yo guhungabanya umutekano wa Kongo Kinshansa”.
Tumubajije ku kibazo cya Depite Roger Lumbala uherutse gufatwa n’inzego z’umutekano z’Uburundi, ubu akaba ari muri ambasade ya Afurika y’epfo mu Burundi, Lambert Mende yadutangarije ko «Leta ya Kongo imaze gusaba Leta ya Afurika y’epfo hamwe n’Uburundi gufatanya bagashyikiriza uyu mudepite Leta ya Kongo, nk’inzira yonyine yo guca umuco wo kudahana, ukomeje guteza ibibazo by’umutekano mucye muri Kongo».
Gasasira, Sweden.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"swh_Latn"
] |
allowed
|
6fcaa6f5bf64443ebd67697966ab2488
|
keep
|
[] |
[
8.4,
10,
10,
9.8,
9.4,
10,
10,
4,
7.2
] |
./WIDE-20121016231722-crawl420/WIDE-20121016233417-02805.warc.gz
| 343,162,409 | 9,164 | 41,484 |
http://www.umuvugizi.com/?cat=24
|
text/html
| 2012-10-17T00:03:27 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] |
[
0.9508,
0.0492,
0
] |
Urubanza rw’abantu 22 barimo n’umunyamakuru wa Bonesha FM, Hassan Ruvakuki, rwabaye ku wa 8 ukwakira 2012, urukiko rw’ubujurire rwa Gitega rwemeje ko rwimuriwe ku wa 18 ukwakira 2012. Ubwo umucamanza yafataga iki cyemezo, abari bitabiriye uru rubanza baguye mu kantu kuko bibwiraga ko wenda bazagaruka bucyeye kurukurikirana. Ibi ni ibyatangajwe n’uhagarariye umuryango «Reporters sans frontières» [...]
Uyu munsi w’italiki 24 kamena 2012, Umuvugizi wongeye kwifatanya n’umuryango wa nyakwigendera Jean Leonard Rugambage, wari umwe mu banditsi bakuru b’ikinyamakuru Umuvugizi. Yarashwe mw’ijoro ryo kuwa 24/06/2010 mu masaha macye ikinyamakuru Umuvugizi kikimara gusohora inyandiko yerekanaga ko yari perezida Kagame ubwe wari watanze amabwiriza yo kurasa Gen Kayumba Nyamwasa, muri Afurika y’epfo. Mu nyandiko twari [...]
Umuryango uharanira uburenganzira bw’ abanyamakuru Reporters Without Borders uramagana ifungwa ry’umunyakamakuru wa Radio y’abaturage mu karere ka Muhanga witwa Habarugira Epaphrodite wafunzwe kuva ku itariki 24 mata azira kuba yaranyereye mu mvugo bityo bituma aregwa Ingengabitecyerezo ya Jenoside, akaba afungiwe muri gereza ya Gitarama mu karere ka Muhanga. Epaphrodite yafunzwe ku itariki ya 22 [...]
Minisitiri w’umutekano w’uburundi yaburijemo inama ya Human Rrights Watch . Minisitiri w’umutekano mu gihugu cy’Uburundi aherutse kuburizamo inama yagombaga gushyira ahagaragara iyicwa ry’abanyapolitiki mu Burundi , iyo nama ikaba yari iteganyijwe ku ya 2/05/2011 ikaba yaragombaga kubera mu mujyi wa Bujumbura. Polisi ikaba yategetse Human Rights Watch kugira ngo ye gusohora iyo raporo mu Burundi. [...]
Uyu munsi nibwo umuryango uharanira uburenganzira bw’itangazamakuru Reporters without borders yongeye gusohora Perezida Kagame ku rutonde rw’abanyagitugu baniga Itangazamakuru . Reporters without borders ibona Perezida Kagame nk’umuntu ugaragara nk’umusirimu , wambaye ama kositime agezweho, igihagararo kirekire hamwe n’isura ndede , ugaragazwa n’imbuga za Internet nk’umunyapolitiki kurusha kuba inyeshamba , wafashe ubutegetsi muri Jenoside, ubumwe [...]
“Umuco wo kudahana ukwiriye gucika kugira ngo iyicwa ry’abantu rigabanuke “ Umuryango uharanira uburenganzira bw’ikiremwa muntu Human Rights Watch mu itangazo washyize ahagaragara uyu munsi wamaganye iyicwa ry’abantu ryaranze umwaka wa 2010 kandi rikaba ryaragiye ryiyongera buri mwaka kugera mu mwaka wa 2011 . Human Rights Watch yanenze iyicwa ry’abantu rikomeje kubera mu Burundi aho [...]
Umunyapolitiki Ntaganda n’abanyamakuru bakomeje kuborera muri gereza bazira ibitekerezo byabo . Mu itangazo ryasohowe ejo n’Umuryango uharanira uburenganzira bw’ikiremwa muntu Human Rights Watch, wamaganye igifungo cy’imyaka ine Urukiko rw’Ikirenga rw’u Rwanda rwakatiye umunyapolitiki Ntaganda Bernard . Human Rights Watch yaravuze gize it: “ Kuba urukiko rw’Ikirenga rwakatiye umwe mu batavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda Ntaganda [...]
Umuryango uharanira uburenganzira bw’ikiremwa muntu Reporters without borders washyize ahagaragara inyandiko yamagana igifungo cy’abanyamakuru bagenzi bacu Uwimana Nkusi Agnes wari uyoboye Ikinyamakuru Umurabyo hamwe na mugenzi we Mukakibibi Saidati bakomeje gusiragizwa muri gereza kuva mu kwezi kwa 7/ 2010 nyuma y’uguhimbirwa ibyaha leta ya ikunze kurega abayinenga aribyo guhungabanya itunze rusange rya rubanda ,amacakubiri hamwe [...]
Ku wa 10 gashyantare 2012, urukiko rw’ubujurire rwa Gitega i Bujumbura, rwanze gusuzuma inyandiko rwashyikirijwe n’ababuranira umunyamakuru wa Radiyo Bonesha FM, uyu akaba anahagarariye i Bujumbura radiyo mpuzamahanga y’abafaransa (RFI). Nyuma y’uko yimuwe mu magereza inshuro zigera kuri eshatu, Hassan Ruvakuki ubu noneho afungiwe i Muramvya. Kuva urubanza rwa Hassan Ruvakuki rutangiye, urubanza aregwamo ibikorwa [...]
Minisitiri w’intebe w’igihugu cya Suwede, Fredrik Reinfeldt, asanga abanyamakuru ba Suwede bafungiwe muri Etiyopiya bagombaga kurekurwa nta yandi mananiza, kubera ko ngo barengana. Aba banyamakuru, Martin Schibbye na Johan Persson, bakaba bamaze igihe bafunzwe na Leta y’igitugu ya Etiyopiya, ibarega kwinjira muri icyo gihugu nta burenganzira bafite, no gushyigikira imitwe y’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Etiyopiya. [...]
|
[
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
eca6d56883424b112d5d7bea2d41426f
|
keep
|
[] |
[
6.6,
8,
10,
9.6,
9.6,
9.9,
10,
8,
0
] |
./WIDE-20121016231722-crawl420/WIDE-20121016233417-02805.warc.gz
| 357,795,211 | 7,946 | 29,892 |
http://www.umuvugizi.com/?p=5756
|
text/html
| 2012-10-17T00:05:24 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] |
[
0.9507,
0.0493,
0
] |
Isabukuru y’imyaka 50 y’ukwikukira k’Uburundi yizihijwe umunyamakuru wa Bonesha FM ari mu ibohero
Umuryango uharanira ubwisanzure bw’itangazamakuru ku isi (Reporters sans frontières), wababajwe kandi wamagana ifatwa n’ifungwa ry’uyu munyamakuru, wari unahagarariye Radio mpuzamahanga y’Ubufaransa (RFI) mu Burundi, mu gisata cy’igiswahili.
«Uwo ari we wese wavukijwe ubutabera n’ubwigenge bwe, azi neza ko nta mpamvu yo kugira icyo umuntu yibuka, cyaba isabukuru cyangwa ikindi kintu mu gihugu cy’Uburundi. Hassan Ruvakuki yakatiwe igifungo gikomeye mu gihe atigeze anahabwa ubutabera ku cyaha kitagira ibimenyetso. Nta kindi Hassan Ruvaguki afungiwe, uretse gukora akazi ke kajyanye n’umwuga we w’umumenyeshamakuru».
«Turasaba abazaba bahagarariye ibihugu byabo mu mihango yo kwikukira k’Uburundi, kwibutsa ubutegetsi bw’iki gihugu ikibazo cy’ifungwa rya Hassan Ruvakuki. Uguceceka kuri iri fungwa kwaba ahubwo ari ko kumuhamya icyaha. Uburundi buri mu bihugu bidatinya kujugunya abanyamakuru mu mabohero, akenshi bakanakatirwa igifungo cyo guherayo».
Hassan Ruvakuki, ukurikiranyweho icyaha cy’iterabwoba, yakatiwe ku wa 20 kamena 2012 umunyururu wo guherayo.
Undi munyamakuru uhagarariye Radio Publique Africaine (RPA) mu Bubanza, Eloge Niyonzima, yahohotewe by’intangarugero n’urubyiruko rw’ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi (CNDD-FDD), mu ijoro ryo ku wa 26 rishyira uwa 27 kamena uyu mwaka. Eric Manirakiza, umuyobozi wa RPA, yatangaje ko abasore bagera ku icumi bakubise amahiri uyu munyamakuru, bamukomeretsa bikomeye mu mutwe no mu mugongo.
Amiel Nkuliza, Sweden.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"swh_Latn"
] |
allowed
|
0e3835dcb827c936b12e95b08c3587dc
|
keep
|
[] |
[
5.7,
7.6,
10,
9.6,
9.4,
10,
10,
2,
0
] |
./WIDE-20121016231722-crawl420/WIDE-20121016233417-02805.warc.gz
| 366,141,906 | 8,952 | 39,856 |
http://www.umuvugizi.com/?cat=13
|
text/html
| 2012-10-17T00:06:49 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kik_Latn"
] |
[
0.9484,
0.0516,
0
] |
Mu gihe Leta ya Kongo yiteguye kwakira inama ya 14 ya «Francophonie», imiryango iharanira uburenganzira n’ubwisanzure bw’abanyamakuru (Reporters sans frontières na JED-Journalistes en danger), yashyize ahagaragara ku wa 11 ukwakira uyu mwaka raporo yayo yerekeranye n’uko ubwisanzure bw’itangazamakuru buhagaze muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Kongo no muri Afurika yo Hagati, muri rusange. Muri iyo [...]
Urubanza rw’abantu 22 barimo n’umunyamakuru wa Bonesha FM, Hassan Ruvakuki, rwabaye ku wa 8 ukwakira 2012, urukiko rw’ubujurire rwa Gitega rwemeje ko rwimuriwe ku wa 18 ukwakira 2012. Ubwo umucamanza yafataga iki cyemezo, abari bitabiriye uru rubanza baguye mu kantu kuko bibwiraga ko wenda bazagaruka bucyeye kurukurikirana. Ibi ni ibyatangajwe n’uhagarariye umuryango «Reporters sans frontières» [...]
Itangazo ryashyizwe ahagaragara uyu munsi na Human Rights Watch, rirerekana ko abategetsi ba Kongo ntacyo bakoze kugirango berekane cyangwa bashyikirize ubutabera abagize uruhare mu kwica abakozi b’imiryango y’abagiraneza biciwe muri Kivu y’uburengerazuba, mu mwaka ushize. Ku wa 4 ukwakira 2011, abagize umutwe wa Maï Maï Yakutumba, ugizwe cyane cyane nabo mu bwoko bwAbabembe, basakije imodoka [...]
Mu gihe hasigaye umunsi umwe gusa kugirango igihugu cy’Uburundi cyizihize isabukuru y’imyaka 50 cyikukiye, ku italiki ya mbere nyakanga uyu mwaka i Bujumbura, ni ngombwa kwibutsa ko iyi sabukuru izizihizwa mu Burundi umunyamakuru wa Bonesha FM akatiwe n’inkiko z’iki gihugu umunyururu wo guherayo. Aho afungiwe muri gereza ya Muramvya, Hassan Ruvakuki ntazigera yitabira ibirori by’uwa [...]
Ku wa 20 kamena 2012, ahagana saa kumi n’imwe n’iminota mirongo itatu n’itanu, amasaha y’i Burundi, umumenyeshamakuru Hassan Ruvakukiyakatiwe n’urukiko igihano cyo gufungwa ubuzima bwe bwose. Hassan Ruvakuki, wakoreraga Radio yigenga yo mu Burundi «Bonesha Fm», akaba yari anahagarariye Radio mpuzamahanga y’Ubufaransa muri icyo gihugu (RFI) mu gisata cy’igiswahili, yageretsweho ibyaha biteye isoni, by’uko ngo yari mu [...]
Hafi y’ibyumweru bibiri nyuma y’uko afashwe, umunyamakuru wa Radio Liberté, Kashigwe Binjamin, bakunda kwita Pilipili Kasai, yarekuwe by’agateganyo mu ijoro ryo ku wa 26 gicurasi 2012. N’ubwo yasabye imbabazi, Benjamin Kashigwe ntaramenya niba ibyaha yari akurikiranyweho n’urukiko rwa gisirikare, byaramukuriweho cyangwa niba bikiriho. N’ubwo na none umushinjacyaha w’urukiko rwa gisirikare, Charles Kibenga, yatanze uburenganzira bwo [...]
Imiryango igera kuri 20 itegamiye kuri Leta y’Uburundi n’indi ikorera mu gihugu, yababajwe n’icyemezo cy’urukiko cyafashwe ku wa 22 gicurasi uyu mwaka ku baregwaga kwica Ernest Manirumva, warwanyaga abarya ibiturire mu Burundi. Iyi miryango yemeza ko ibyavuye muri uru rubanza bibabaje ku bantu bakoze uko bashoboye mu gushakisha uko abahitanye Manirumva babibazwa. Iyi miryango inakomeza [...]
Leta ya perezida Omar Hassan al- Bashir ikomeje gutoteza abanyamakuru ibaziza ko banze gukorana nayo . Ni muri urwo rwego iherutse guta muri yombi umunyamakuru Faisal Mohammed Salih , imufunga igifungo kigera ku minsi itandatu ataburanye, imuzizako yanze gukorana n’inzego za leta y’umunyagitugu Omar Hassan wa Sudan . Nk´uko biri mu gitabo mpanabyaha cya [...]
Umuryango uharanira uburenganzira bw’itangazamakuru Reporters Without Borders uhangayikishijwe n´ubwiyongere mubijyanye no kuniga uburenganzira bw’itangazamakuru bikomeje kubera mu karere k´iburasirazuba bw´igihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hamwe n´intara ya Orientale, aho utwo turere twombi mu byumweru bibiri bishize twaranzwe mo ibangamira rikabije ry’itangazamakuru ku buryo bugaragara. Bikaba byarageza naho bafunga Radio, abanyamakuru bagera kuri cumi n’umwe barafungwa [...]
]Umuryango uharanira Uburenganzira bw’itangazamakuru Reporters Without Borders uramagana icyifuzo cy’ubushinjacyaha bw’u Burundi aho umushinjacyaha w’iburasirazuba bw’umujyi wa Cankuzo aherutse gusabira umunyamakuru Hassan Ruvakuki hamwe n’abandi bantu bagera kuri 22 igifungo cya burundu bubarega kugira uruhare mu bikorwa by’itera bwoba bafatanyije n’umutwe mushya w’itera bwoba ukorera mu burasirazuba bwa Kongo. Umunyamakuru wa Bonesha FM akaba n’umunyamakuru [...]
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
e3f65d403c8e7490a78672290f693655
|
keep
|
[] |
[
6.6,
8.1,
10,
9.4,
9.6,
10,
10,
8,
0
] |
./WIDE-20121009172554-crawl336/WIDE-20121009180515-02197.warc.gz
| 265,112,135 | 7,972 | 27,401 |
http://www.ibishya.biz/jay-z-arahakana-ko-beyonce-yaba-ategereje-umwana-wa-kabiri/
|
text/html
| 2012-10-09T18:29:53 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] |
[
0.8767,
0.1234,
0
] |
JAY-Z ARAHAKANA KO BEYONCE YABA ATEGEREJE UMWANA WA KABIRI.
Jay-Z yamaganiye kure amakuru avuga ko umugore we Beyoncé atwite undi mwana wa kabiri.
Umuraperi akaba n’icyamamare mu muziki yahakanye yivuye inyuma ibihuha bimaze iminsi bivugwa kuri interineti, ibi akaba yarabivuze mu ijoro ryo kuwa gatatu mu gikorwa cyo gushyira ahagaragara NBA 2K13 muri New York, byabereye mu kabyiniro ke kitwa 40/40.
Abajijwe amakuru avuga ku bijyanye nuko umugore we yaba atwite, Jay-Z yabwiye E! Onlineyabasubije ati : “Si vuba aha… nta nubwo ari mumezi icyenda – sibyo nagato.”
Yabisobanuye neza ati: “Si mu kwezi kumwe, abiri, atatu, ane, atanu, atandatu, arindwi, umunani ndetse si icyenda.”
Ibi bivuga ko umwana wabo Blue Ivy, azategereza igihe kirekire kugira ngo abone umuvandimwe.
Blue yavutse ku italiki 7 Mutarama mu bitaro bya Lenox Hill i New York.
Nyuma gato yivuka ry’uyu mwana Jay-Z yasohoye indirimbo ayitura umukobwa we abicishije ku rubuga rwe LifeandTimes.com.
Iyi ndirimbo yise Glory, yavugaga ku bibazo ababyeyi bahura nabyo babyara, avugamo ukuntu Beyoncé yababaye mbere yo kwibaruka uyu mwana Blue.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
283139b6b4d463c218f59a6e5823fd9a
|
keep
|
[] |
[
5.8,
7.5,
10,
9.6,
10,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121106004241-crawl413/WIDE-20121106005208-05825.warc.gz
| 2,406,394 | 8,904 | 24,893 |
http://rn.wikipedia.org/wiki/Sickle-cell
|
text/html
| 2012-11-06T00:52:28 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"swh_Latn"
] |
[
1,
0,
0
] |
Sickle-cell
Indwara yitwa Sickle-cell
Uturingoti tw’amaraso atukura nitwo dukwiza umwuka bita oxygen mu mubiri wose. Uturingoti tw’amarason atukura dusanzwe dufise ishusho ryiburungushuye kandi tukagira akabiri koroshe, bigatuma amaraso atemba neza mu mubiri.
Iyo mibiri ifise iforoma riteye nk’ukwezi irashobora gufatana hanyuma igaca izibira uturingoti duto twa maraso, iyo umuntu yanduye indwara, aca ya ma akanye cane canke akenye amazi mu mubiri. Iyo uturingoti tw’amaraso tuzivye, ntampwemu zikwiye zishikira ivyo bice vy’umubiri. Uturingoti tw’amaraso tuzivye turashobra gutuma umuntu aronka ububabare, akandura indwara canke bigatuma haba ibice vy’umubiri vyononekara. Ibi bishobora gutera ingorane zikomeye iyo amahaha n’ubwonko bishikiriwe.
|
[
"knc_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
3a3d80d0d3a8ccd4ba41f072533200a6
|
keep
|
[] |
[
8.1,
10,
10,
10,
10,
10,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121025045710-crawl425/WIDE-20121025054400-03541.warc.gz
| 870,038,918 | 72,201 | 256,593 |
http://www.leprophete.fr/2012/03/21/ni-iki-gihishe-inyuma-y-urupfu-rwa-mgr-misago-gukeka-niyo-ntangiriro-yo-kumenya-ukuri-padiri-thomas-nahimana/
|
text/html
| 2012-10-25T06:22:49 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] |
[
0.5955,
0.4045,
0
] |
mer.
21
mars
2012
Martini Ngoga ko ntacyo utangaza ku rupfu rwa Mgr Misago ?
N’ubwo Abanyarwanda bivugiye ngo « gukeka niko kubeshya », Iyobokamana naryo rikaba rigaya umuco mubi w’URWIKEKWE (= atmosphère délétère provoquée par le fait d’être soupçonneux) kuko ushobora gutera impagarara nyinshi mu bavandimwe, Ubucamanza bwo kuri iyi si bwo siko bubibona ! Koko rero GUKEKA (=soupçonner), byemewe n’amategeko y'ibihugu kuko ariyo ntambwe ya mbere y’ingirakamaro mu nzira yo gushaka ukuri.
Iyo hakozwe icyaha gikomeye (délit et/ou crime), biba ngombwa ko Ubugenzacyaha/ Ubushinjacyaha (le Ministère public) bukora anketi (instruction criminelle) kugira ngo bubashe kumenya uwakoze icyo cyaha maze agihanirwe.
Nk’iyo umuntu apfuye mu buryo budasobanutse, ubushinjacyaha bugomba GUKEKA ko uwo muntu ashobora kuba yishwe (meurtre) ! Ubushinjacyaha bufite inshingano yo guhita butangira anketi (enquête criminelle), bitagombeye ko hagira umuturage utanga ikirego : buhamagaza abo BUKEKA ko hari icyo baba bazi kuri urwo rupfu, cyangwa se abo bukeka ko baba bafite uruhare muri icyo cyaha cyakozwe ! Icyo ubucamanza bwo ku isi bugamije nta kindi kitari ukurengera indangagaciro z’umuryango (valeurs sociales), bugahana bwihanukiriye abazihungabanije bakora ibyaha bikomeye. Iz’ingenzi muzi izo ndangagaciro ni ukubaha ubuzima n’umutungo w’abandi, umutekano, ubutabera n’amahoro. Uzihungabanije agomba gukurikiranwa agahanwa.
Na none ariko anketi ntikorwa mu kajagari ; n’ukeka agira aho ahera : ahera ku ruhererekane rw’ibimenyetso bifatika (faisceau d’indices) bishobora gutuma ukuri kujya ahagaragara. Urugero : nk’iyo habayeho icyaha cy’ubuhotozi (meurtre/assassinat), uwambere ushakishirizwaho amakuru ni uwabonanye na Nyakwigendera bwa nyuma, ni abasanzwe babana na we, ni uwari usanzwe amuhiga agamije kumugirira nabi….
Gusa rero, kugira ngo GUKEKA bidahinduka URWIKEKWE rubi, ibyo umugenzacyaha ukora anketi AKEKA bihabwa agaciro cyangwa se bigateshwa agaciro n’Ubucamanza, igihe buciye urubanza bukemeza ko ukekwaho icyaha ari umwere cyangwa se ko kimuhamye.
1.Kuki ubushinjacyaha bw’u Rwanda nta anketi bwakoze ku rupfu rutunguranye rwa Mgr Misago ?
Musenyeri Misago yapfuye ku wa mbere, taliki ya 12 Werurwe 2012. Abatanze ubuhamya bose bemeza ko uwo Mwepiskopi yapfuye ku buryo butunguranye (mort inopinée). Yari muzima, akora imirimo ye, nuko mu kanya gato aba avuyemo umwuka.
Ubusanzwe, umuntu “ukomeye” nka Musenyeri, ntabwo apfa nk’itungo, ngo abantu bicecekere ! Leta y’u Rwanda ntibiyobewe !
Turibaza impamvu Ubushinjacyaha butubahirije inshingano yabwo yo GUKEKA ko Mgr Misago ashobora kuba yarishwe, ngo butangire anketi, yenda nyuma Ubucamanza buzagaragaze ko yazize indwara !
Ikitwemeza ko nta cyo ubushinjacyaha bwakoze ni uko butanategetse ko umurambo wa Musenyeri Misago wabagwa n’abaganga( autopsie), ngo maze berekane impamvu nyayo yateye urwo RUPFU RUTUNGURANYE !
*Kuba ubushinjacyaha ntacyo bwakoze byatuma DUKEKA ko bwo bwari buzi neza icyo Musenyeri Misago azize !
*Kuba hari abagize ubwira bwo gutangaza ko Musenyeri yishwe n’umutima kandi ntacyo bashingiyeho twabifata nko kwiganirira (plaisenterie naïve) kuko n’ubundi dusanzwe tuzi ko abapfa bose bicwa n’uko umutima uhagaze! Ikibazo si uko umutima wa Musenyeri wahagaze, urubanza ni ukumenya icyawuhagaritse!
2. Kuki hari abantu batari bake BAKEKA ko Musenyeri Misago ashobora kuba yarishwe ?
(1)Mu rugendo Musenyeri Misago yaherukagamo mu Bulayi, yafashe umwanya wo kuganira n’umwe mu bapadiri b’inshuti ze maze amuhishurira ukuntu ahangayitse bikomeye kubera ABANTU bakomeje kumwirukaho, bamutera ubwoba, bamwereka ko amaherezo bashobora kumugirira nabi. Nta mutekano na busa yari afite, yahoraga ahagaritse umutima, yari azi neza ko isaha iyo ariyo yose bashobora kumwivugana. Ibyo se Leta yari ibiyobewe?
(2) Ku italiki ya 26/2/2012, muri paruwasi ya CYANIKA (Diyosezi ya Gikongoro) habereye umuhango wo gushyingura mu cyubahiro abazize jenoside yo 1994. Wari umuhango ukomeye cyane kuko hashyinguwe abantu benshi : n’abari barashyinguwe mu cyubahiro mbere barongeye baratabururwa , amagufwa yabo arozwa, asigwa amavuta, ajyanwa mu rwibutso rumwe rwa CYANIKA. Hatangajwe ko uwo muhango watwaye amafaranga angana na miliyoni mirongo itanu (50 000 000) z’amafaranga y’u Rwanda.
Uwo muhango wabereye kuri paruwasi iri mu birometero nka 6 gusa uvuye aho Musenyeri atuye ku Gikongoro. Wahuruje abantu benshi baturutse i Kigali ,hirya no hino mu gihugu ndetse no mu mahanga….nyamara hari umuntu umwe gusa utarahageze : Musenyeri Misago !
Muti kubera iki ?
(3) Hasigaye iminsi mike ngo iyo taliki ya 26/02/2012 igere, ubuyobozi bw’Akarere ka Nyamagabe,bwohereje intumwa iherekejwe n’abayobozi b’ingabo, bajya GUSURA Musenyeri Misago . Bamubwiye ko baje KUMUTUMIRA muri uwo muhango wo gushyingura mu CYANIKA, ariko banamuhishurira ko mu by’ukuri baje KUMWIHANANGIRIZA ngo ntazahakandagize ikirenge !
Nyamara Musenyeri yakomeje kujya impaka (insister) ashaka kubakura ku izima ngo yitabire uwo muhango , cyane cyane ko yari yaranashishikarije abapadiri bose ba Diyosezi ngo bazaze kwifatanya n’abandi muri uwo muhango ! Yewe yari yaratumiye na Arkiyepiskopi wa Kigali ngo azaze bafatanye gusoma misa yo gusabira izo nzirakarengane ! Byabaye iby’ubusa, abo bategetsi bamubujije kujyayo, ntiyahagera ! Ubwo na Arkiyepiskopi wa Kigali ntiyabaye akijyayo, misa yavuzwe na Padiri Mukuru wa Cyanika witwa Vedaste, afatanije n’undi mupadiri ngo ukomoka mu Cyanika ariko wakuriye mu gihugu cya Tanzaniya!
(4) Muri uwo muhango hagaragaye ikintu kidasanzwe cyatunguye abatari bake: mu gihe buri mwaka, abaje kwibuka abaguye mu Cyanika, bifatiraga Musenyeri Misago ku gahanga, bakamwandagaza, bakamugerekaho jenoside… mu muhango wo ku italiki ya 26/2/2012, nta muntu n’umwe wigeze acisha izina rya Misago ! Hagawe gusa abihayimana babaye ibigwari muri rusange, izina rya Misago ntiryigeze rivugwa ku mugaragaro. Nyamara ababikurikiraniye hafi bemeza ko byagaragariraga buri wese ko uko guceceka kudasanzwe kwari kwizwe neza, muri make kwari guhishe ikintu! Basobanukiwe nyuma bamaze kumenyeshwa urupfu rwe , rwabaye nyuma y’ibyumweru bibiri gusa ishyingurwa ryo mu cyanika ribaye!
(5) Mu baguye mu Cyanika havuzwe cyane Padiri Yozefu Niyomugabo ngo wazize kudatabarwa . Twibuke ko urupfu rw’uwo mupadiri rwari kimwe mu byaha byashinjwe Musenyeri Misago ngo kuko atamutabaye (non assistance à personne en danger). N’ubwo icyo cyaha nacyo Musenyeri Misago yagihanaguweho n’urukiko, buri mwaka Umuryango IBUKA wahoraga ukimugerekaho! Imigirire nk’iyo , umuryango IBUKA uzabe se uyiterwa n’uko udaha agaciro ibyemezo by’ubucamanza bw’u Rwanda ? Bikwiye gusobanurwa.
(6)Umunsi Musenyeri Misago apfa, umuntu wa nyuma babonanye bakaganira igihe kirekire ni umudamu witwa Anyesi , mwishywa wa padiri Yozefu Niyomugabo, uwo nyine waguye mu Cyanika, urupfu rwe bakaba barugereka kuri Musenyeri Misago. . Ubushinjacyaha bwakagombye kumubaza icyo baganiriye kugera Musenyeri ashizemo umwuka! Gukeka ko uwo mugore ashobora kuba hari uruhare yagize muri urwo rupfu, birakwiye kandi biratunganye.
(7)Umunsi Musenyeri apfa, hari haraye umubikira w’umushyitsi wigabye aturutse i Goma. Ubushinjacyaha buhamagaje uwo mubikira bukagerageza gusuzuma aho urwo ruzinduko rwe (visite) ruhuriye n’urupfu rwa Musenyeri Misago, bwaba bukoze umurimo wabwo neza !
Niba hari Abihayimana bagenzi banjye bumva ibi bitekerezo ndiho ntanga (nk’umuntu ufite icyo azi ku mategeko =juriste) bakabona batabishyikira, bihangane : niko ubucamanza bwo kuri iyi bukora, kandi bugomba kubaho! None se twiyibagize ko Cardinal Malula wo muri Kongo yapfuye ahawe uburozi, ndetse bikaba bizwi ko Perezida Mobutu Seseseko yamwivuganye yifashishije uwihayimana wasutse ubwo burozi muri divayi ya Misa ?!
Ubugenzacyaha nta nzira n’imwe bugomba gusuzugura! Icy’ingenzi ni ukugera ku kuri, umugizi wa nabi agatahurwa, agahabwa igihano kimukwiye.
3. Ku munsi w’ishyingurwa rya Musenyeri Misago , Leta y’u Rwanda yagaragaje ikimenyetso cyatuma hari abagira icyo bayikeka.
Mu bufatanye busanzwe buranga Kiliziya Gatolika na Leta y’u Rwanda, Guverinoma yakoraga uko ishoboye igaha Abepiskopi icyubahiro kibakwiye, iyo bahabwa inkoni y’ubushumba cyangwa se iyo batabarutse. Guverinoma yoherezaga intumwa (délégation) kandi igatanga n’ubutumwa. Ingero ni nyinshi reka dufate ebyiri gusa:
*Mu w' 1986, turibuka neza ukuntu nka Musenyeri Bigirumwami Aloys yahawe icyubahiro cyo gushyingurwa n’igihugu cyose (Funérailles nationales).
*Ku italiki ya 26 Werurwe 2006, turibukana icyubahiro ukuntu Perezida wa repubulika, Paul Kagame ubwe, yarahagurutse akajya i Kabgayi, kwifatanya n’abandi, ubwo Musenyeri Smaragde Mbonyintege yahabwaga inkoni y’ubushumba! Ibi bikaba byerekana ko kugeza n’uyu munsi Leta y’u Rwanda igiha agaciro Abapiskopi ba Kiliziya Gatolika!
Ikibazo ni iki : Kuki se noneho Guverinoma ya Paul Kagame yahisemo kutagira intumwa (délégation) ,yewe habe n’umuminisitiri n’umwe, yohereza mu birori bikomeye cyane by’ishyingurwa rya Musenyeri Misago ? Abadepite bagiyeyo ntabwo bari boherejwe, bagiyeyo ku giti cyabo kuko ari Abanyagikongoro , bigaragazwa n’uko nta butumwa batanze! Guverineri w’Intara y’amajyepfo ni we wavugiye Leta, ariko na we ni uko ari umuturanyi. Biragaragara ko Guverinoma ya Paul Kagame yanze kujyayoibizi neza kandi ibishaka. Ese mama, byaba byaratewe n’uko Musenyeri Misago Leta itamufataga nk’abandi Bepiskopi? Aho si uko Guverinoma yari ifite icyo yikeka?
Ubu bushake buke bwo kwitabira umuhango nk’uyu si ubwa mbere Leta ya Paul Kagame ibugaragaje : Biratwibutsa ko hari abandi Bepiskopi bane ba Kiliziya gatolika , bapfuye mbere ya Misago, kugeza ubu bakaba barimwe uburenganzira bwo gushyingurwa uko bikwiye . Abo ni :
*Mgr Vincent NSENGIYUMVA, wahoze ari Arkiyepiskopi wa Kigali
*Mgr Thaddée NSENGIYUMVA wari umwepiskopi wa Kabgayi
*Mgr Joseph RUZINDANA wahoze ari umwepiskopi wa Byumba
*Mgr Phocas NIKWIGIZE wahoze ari umwepiskopi wa Ruhengeri
Aba basenyeri uko ari bane bakomoka mu bwoko bw’Abahutu kandi bishwe muri gahunda yo gushaka guca Kiliziya gatolika umutwe : batatu ba mbere barasiwe i Gakurazo , taliki ya 5/6/1994, n’ingabo za FPR,naho Musenyeri Phocas yafatiwe ku Gisenyi taliki ya 26/11/1996 atahutse ava mu buhungiro muri Kongo , hanyuma aza kwicwa urubozo nk’uko twabibagejejeho mu nkuru yasohotse kuri uru rubaga yitwa “Musenyeri Phocas Nikwigize yishwe urw’agashinyaguro “.
Abakoze ibi byaha by’ubwicanyi barazwi ariko ntibigeze babihanirwa, mbese wagira ngo ni ibisimba biciga! Ni nayo mpamvu kugeza n’uyu munsi Leta ya Paul Kagame idashaka ko abo bepiskopi bishwe bashyingurwa mu cyubahiro ,muri katedalari zabo (Kigali, Byumba, Ruhengeri). Twibuke ko Leta idashaka gutanga n’umurambo wa Mgr Phocas Nikwigize, hari abacyibaza icyo Leta yawukoresheje!
None dore na Musenyeri Misago Augustin apfuye URUTUNGURANYE, , nyuma yo gufungwa arengana,agakozwa isoni,akitwa umwicanyi,akagirwa ruvumwa atanzwe n’uwari Perezida wa Repubulika, bitangombeye kubanza kunyura imbere y’urukiko ngo habeho urubanza….!
Mgr Misago apfuye URUTUNGURANYE, nta anketi ubushinjacyaha bukoze, nta muntu wo muri Guverinoma uhageze….. Uwashaka gukeka we ntiyahera n’aha?
Ubu se abantu babura bate gukeka ko yenda Leta igifite gahunda ndende yo kwikiza bamwe mu bayobozi bakuru ba Kiliziya gatolika y’u Rwanda?
Erega Musenyeri Misago ntiyari abuze ibyo yazira!
Yazira :
(1) icyaha cy’inkomoko cy’uko yari umuhutu w’umuhanga cyane kandi udapfana ijambo.
(2) ko yasabaga ko abaturage biciwe i Kibeho na FPR nabo bashyingurwa mu cyubahiro, ababo bakajya babibuka .
(3)ko yarwanyaga gahunda yo gukuramo inda mu buryo bwemewe n’amategeko.
(4)ko yasabaga ko abepiskopi bagenzi be bishwe na FPR bashyingurwa mu cyubahiro.
(5)ko yafunzwe arengana akaba azi neza akarengane kagirirwa Abanyarwanda.
(6)ko yakekwagaho guha abanyamahanga amakuru avuga akarengane kari mu Rwanda cyane cyane ko yari azi byinshi ku bwicanyi bwakorewe Abanyabyumba !
(7)ko yaharaniye n’imbaraga ze zose ko intambara yatangijwe na FPR taliki ya 1/10/ 1990 yahagarara itararimbura Abanyarwanda, hakabaho amasezerano y’amahoro hagati y’impande zombi, bityo akaba yaragize uruhare rugaragara muri Comité de Contact……
(8)FPR yari isanzwe izi ubushobozi bwa Mgr Misago (hari aho bari barahuriye! ), na we kandi yari azi neza imikorere n’icyifuzo cya FPR cyo kwigarurira ubutegetsi bwose kabone n’iyo imbaga y’Abanyarwanda yahasiga ubuzima…….Kubera izo mpamvu zose, kuva FPR yafata ubutegetsi, Mgr Misago yari yarahindutse un TEMOIN GENANT.
Kubera ko gushaka kumwikiza binyujijwe mu nzira y’ubutabera byari binaniranye, hari hasigaye inzira imwe gusa…..Nta Mugenzacyaha utabikeka atyo, hanyuma ubucamanza bwonyine bugatanga urumuri !
Hagati aho, n'abandi Bepiskopi bazi ko barebwa ay’ingwe bararye bari menge, ejo mu gitondo nabo umutima utazabahagararana mu buryo butunguranye!
Umwanzuro
(1) Leta y’ u Rwanda ikwiye gukora anketi isobanutse ku rupfu rwa Musenyeri Misago Augustin, igatangariza Abanyarwanda impamvu nyakuri y’urupfu rw’uwo mushumba , mu gihe kitarambiranye.
(2)Leta y’u Rwanda igomba kugaragaza aho yashyize umurambo wa Musenyeri Phocas Nikwigize ,ugashyingurwa mu cyubahiro, abo mu muryango we kimwe n’abamukundaga bose bakamwunamira, bagashyitsa umutima mu gitereko. Nta burenganzira na buke Leta y’u Rwanda ifite bwo kugumana umurambo w’uyu musenyeri, ikawima ben’umuntu. Iki kibazo nikidakemuka gikwiye rwose gushyukirizwa inkiko mpuzamahanga.
(3)Abepiskopi biciwe i Gakurazo bagishyinguye by’agateganyo muri Bazilika ya Kabgayi bakwiye gushyingurwa muri Katedarali zabo, icyo kibazo kikava mu nzira. Mu gihe mu gihugu abaturage bamwe bahabwa uburenganzira bwo gushyingura benewabo, incuro imwe, ebyeri eshatu…ntibyumvikana ukuntu Leta yabuza Kiliziya gatolika n’imiryango y’aba bashumba kubashyingura uko bikwiye ! Musenyeri Misago yakundaga kubaza iki kibazo, ahari ni nacyo azize!
(4)Ibibazo ubucamanza bw’u Rwanda bwanga gukemura muri iki gihe, bizakemurwa n’ubucamanza buzaza mu minsi iri mbere, nta gahora gahanze ! Ababishoboye mukomeze mwihangane kandi ntimute ukwizera.
Padiri Thomas Nahimana.
Master en Droit.
Ni ko se Toma, ko nari nzi ko mukurikirana amakuru, kuki mugeze kuri iyi saha nta cyo muradutangariza ku bijyanye n'itangwa ry'ubwepisikopi mu Ruhengeri...
Nimwikubite agashyi ejo mutamera nk'umuvugizi waguye ugaramye.
Ayo ni amagambo turakumenyereye
mgr msaga ahari ntakeneye ibi bigambo bya thomas araruhutse azi indwara yagiraga ntakeneye abahimbira abantu ibyaha by'amarozi. mbega umupadiri utemera ko indwara zibaho zikica abantu bitunguranye nk'ubwo yize iki yigisha iki? niba ugisoma misa ujye usabira misago nawe azagusabira ngo uve mu rupfu ujye mu bugingo kuko iyo wandika ibintu nka biriya ntabuzima bw'abantu uba ukifitemo. uri uwo gusabirwa gusa.
FDU na RNC nimutaza mu myigaragambyo i Paris le 06/04/2012 muzabura abayoboke kuko bazahita bajya kuri Kagame abandi ku ishaka umuhungu wa Habyarimana azahita ashinga.
Reka sha wa ntozo 173 reka kubeshyera ndugu Burundiano. Ariko muziyizera ryari mwa ntore mwe? Ntimushobora kuvuga icyo mushaka mutikinze inyuma y'umuntu w'umushingantahe? Ariko ndabumva sasa babogeje
ubwonko. Tube tubyiboreye iby'ububwa bw'intozo. Sasa nongere nsabe abategura manif y'i Paris ko abantu bari tayari kuzaza, ariko ku muramutse mwirengagije FDU na RNC mumenye kweri ko ari uguswata
bikomeye. Sasa niyemeje kubatiza ingabo mu bitugu, ariko mumenye ko ntazaborohera nk'uko mbisanganywe, Ambassader Ndagije na Mzee Twagira babibera abagabo. Mbisubiremo, imishyikirano na FDU na RNC
irashoboka cyane. Muramutse mubyirengagije mwizere neza kweri ko muzavomera mu rutete.
Musema.
Love him or hate him, president Paul Kagame has tripled the Country's GDP and instilled peace in Rwanda !
Ibyo muvuze ni ukuri nanjye ingirwa perezida yacu iri muri TURIKIYA nabonye nifoto yiyo ngegera iri mu ndege yayo yaguze mu mivu yamaraso y'abatutsi n'abahutu yamennye, twibaze impamvu Kagame aticara
mu gihugu
1) ubwoba afite bwo kwicirwa mu rwanda,
2) KAGAME ajya gusambanyiriza abagore hanze asize ikigore cye kitwa MURUTUBARWE
3)KAGAME NI UMUJURA UNYEREZA AMAFARANGA YACU
Nabirimbura ibyo mbona byose bishingiye ku kinyoma no kujijisha cg se mu kwiyoberanya ngo gusibanganya ibimenyetso
by'amateka---erega nushaka uyikomereho sinkubujije ariko njyewe ibitangwa ku nzoka simbihishira.
None se izo nama zo mu rugwiro ni bande baba bazirimo bavugira nde se...bose ko bavuga iyo barenze umupaka wa Rwanda.Rwanda ndayizi nyabusa kuba ndiho niyo mbikesha.
Kuli wowe #165
Uzanye ibya Valentine, uzanye amatiku hano.
Niba uli umugabo cyangwa se niba uli umugore.
Nakugira inama nziza zo, kujya mu isengero ugasaba Imana imbabazi.
Isubirho mugenzi.
Kuri 166.ibyuvuze byuzuyemo amarangamutima cyane,kandi bigaragaza ko wahunze u Rwanda kera cyane utararukandagiramo kuva imyaka 18.
Niba warize koko ibyo uvuze ntago aribyo umuntu apimiraho iterambere,ibirango ,stade nibindi nkibyo, ibyo nibintu byumvikanwe ninama zo mu Rugwiro kandi ibyo ntacyo bibwiye umuturage kwiterambere rye.
Gahunda ya girinka erekana ahandi wakura inka utaziguze tujye kuzitoragura natwe,byumvikane ko bagomba kuzigura kubacuruzi nyine ,ariko zigahabwa abazigenewe. bakubwiye se ko umuturage bayiha hari amafaranga yishyura?
Ntimukarebe uruhande rumwe gusaaaaaaa, esubwo uwaguha ubutegetsi wakomereza aho bigeze cg warimbura ibyagezweho?
Nawe ushyizeho iyi nkuru ya Valentine ubifitemo uruhare.
Mwashyize hasi uyu mukobwa niba yarabyaye cg atarabyaye bibarebaho iki? niwe wambere cg wanyuma se?
Please, mwiyubahe.
Kuki iyo FPR yishe umuntu bidutangaza??
Njyewe narekeye aho gutangara. Ngo yishe Misago? Ikibazo ahubwo nibaza, ninde uzafata FPR akayicira urubanza. Birakomeye kuko bafite ubutegetsi, ikindi kandi amahanga yose aho ava akagera azi ubwicanyi bwa Kagame, nkaho yamufashe, akarenga akivugira ngo KONY 2012.
Njyewe mbona abanyarwanda twaratuwe shetani ngo itwice urubozo, kuko ibibera iwacu ni byamashitani gusa gusa nta bantu bazima babikora batarahanzweho.
Dutakire nde? Obama se? Sarkozy wa mutwa se? Tony Blair ya ngunzu se? Hirary Clinton ya ngambanyi se? Dutakire nde?
Abakaturengeye nibo bagiye kubandwa, maze batura ibigirwamana byabo amaraso y'abanyarwanda. Tuje mu migaragambyo se? Ntacyo bizamara kuko iyo myigaragambyo iyo BBC, CNN, The Washington Post,VOA........bitagize icyo biyivugaho, ngo yamamare, isi yose ikanguke, ibyo ni nko kunyara mu ruzi!!!!!!! Twihebe se? Hoya twe kwiheba kuko dufite umurengezi ariwe Yezu Kristu.
Banyarwanda namwe kazi mwe,
Dushikamye tugakubita ibipfukamiro hasi, tukihana, sha nkubwiye ko Kagame nta mwaka yamara ku butegetsi kandi twabona ubutegetsi bwiza. Naho ibyo twirirwa turindagira ngo turashinga amashyaka yo kurwaniramo, no gusebanya, ntaho bizatugeza namba. Kandi niyo Kagame yavaho, yakisasira benshi, imiborogo mu banyarwanda ikaruta iyaborozwe mbere 1994. Ngire ngo mbabeshye? Uko niko kuri mwa. Niba mwanze Imana nk'umurengezi, ngaho ubwo Rusesabagina wibera mu mafilimi no kwimenyekanisha, Kayumba wica agasiza umusozi wose ntasige niyonka, ubwo abo bazabarengera!!! FDU yitura hasi itara nurira, ubwo izabacyura. Rudasingwa w'indyarya utamanya ibye, ubwo nimumukurikire. Twagiramungu wisaziye ntacyo agezeho muri politike, ubwo azabategeka abakorere ibyamunaniye mu busore bwe.Ngaho nimubakurikire. Njye nibereye kumwe n'umugore wanjye, kandi Imana yampaye aho mpungira Kagame, ndayishimira, ariko nkababazwa na bene wacu bari ku ngoyi. Nyamara ntacyo nabamarira kuko ibikomerezwa by'iyi si byabibasiye. Nyamara hari uhatse ibyo bikomerezwa. Imana.
Yari Tetamashimba wa wundi ukunda kwirira ikigore cye.
Ko numva se uri umuvugizi wa Leta ya Kagame wakwanditse ibyo uyishima...ndahamya ko ingoma ya Kagame ariyo yabaye mbi kandi izahora ku isonga igihe cyose. Ubyemera utabyemera FPR ni akaga mu
gihugu...uretse abantu bitumye ubumuntu ninde wundi wayishima...nabo bamuha imidari si ikindi ni indonke yo muri KONGO,,,ibyo niibyo bita ububonamaso...iyo umuntu agutoraguriye akantu wataye umuha
ububonamso...nawe rero bari barabuze Kongo none yarayiberetse anabibafashamo..niyo mpamvu bamushakira UDUKOPO....MUZUMVE BAMUHA PRIX NOBEL----uretse inkundamaraso Blair na Bill n'abandi basa nabo
mbese nka bab babandi ngo bagize akanama ngishwa nama ka perezida...UBUNDI ABAKURU BARAVUGA NGO UGAYA IBY'IWABO ABYIBIRAMO. Abanyarwanda abaveba iki...nabonye harimo pasteur kimwamwanya Warren uriya
ni bingwa ku giceli...yakibonye ntukimuryana...yirirwa mu rwanda ukagirango niho himuriwe itorero...
Muvandimwe uwavuga ibibi bya fpr ntiyabona aho abyandika...koko imyka 18 abantu barira,,,nako bagonga...mu byiza bakoze
Gutema intoki
Kwangira umuturage guhinga ikimufitiye akamaro
gukuraho buruse
kuvangura mu gufasha imfubyi n'abapfakazi
gukuraho ibirango bya Repubulika n'amazi y'ahantu.
Gusenyera za nyarucari mu mijyi no mu byaro
ubucuruzi bw'inka muri giri inka
isumbana ry'imishahara
gufungwa nta dosiye...kenyera tujye gushinja
gusenya ahantu nyaburanga-amateka...stade de democratie i gitarama na hotel du 5 Juillet
yewe nawe uri mukuru ushake ibisgaye...ako ni akeza
SINARARA NTABASANGIJE IYI NKURU.
NTIBIZOROHA!
---------- Forwarded message ----------
From: Ikubi Kubi
Date: 2011/8/11
Subject: URUBANZA RW'UMWANA WAWE GIHOZO UWERA FRANCOISE
To: Igihozo Valentine
Nyiramukiza Valentine, nongeye kugusuhuza.
Nzi ko uri mu myiteguro ikomeye cyane y'ubukwe bwawe na RUGENYEKA Juspin buzaba kuwa gatandatu tariki ya 13/08/2011 saa 14:00 muri Kiriziya ya St Roch i Bruxelles.
Nanjye ndagira ngo ngushyikirize icyemezo urukiko rwafashe uyu munsi tariki ya 11/08/2011 mu rubanza rwaburanijwe rukanacibwa mu ruhame.
Reba mu mperekezo (Attachments/Pièces jointes)!
Numvise ko inkuru z'aho i Bruxelles ngo zivuga ko umukobwa wibyariye GIHOZO UWERA FRANCOISE yaba yarato(ragu)we kuri Nyacyonga cyangwa ahandi ntazi.
Ndizera ko uzazibeshyuza vuba ukamenyesha abagukunda n'abakurikira inzira ubayobora ukuri kuzima, kumwe mpora ngusaba kugira akabando, ukitaza icyitwa ikinyoma wimitse mu mutima wawe imyaka 20 yose.
Niba koko wiyemeje gushinga urugo rushingiye ku rukundo, nkuko ntahwemye kubikwibutsa, wagombye kumenya ko (nk'uko umukobwa wawe yabyivugiye) "uwo wowe na Rugenyeka Juspin muzabyara atazaza aruta Gihozo Uwera Francoise!"
Nta mwana uruta undi.
Uwo mwana ukomeza kwicisha agahinda umwihakana kandi wowe ubwawe ngo waramwibwiriye ko uri nyina ntugire ngo ibinyoma byawe ntazabitahura.
Uzi neza ko ari umwana ugira make, ariko umenye ko irimuvuyemo rigenda rivuza ubuhuha nk'isarabwe ryo mu muhumetso.
Uzabage wifashe umunsi azakwishyuza igituma umwihakana izuba riva!
Nongeye kugusubiriramo bwa nyuma mbere y'ubukwe ko icyo umuryango wacu ugamije ari uguhesha umwana wihakana agaciro ugumya kumuvutsa.
Kubyara inda y'indaro si ikinegu.
Ikinegu ni ukwihakana urubuto rwagusohotsemo.
Umwuga wawe wo kubonekerwa ntiwagombye kuguhuma amaso ngo urebe inyungu zawe bwite wirengagize icyakuvuye mu nda bene kariya kageni.
Aho waba koko ubonekerwa n'Umubyeyi Bikira Mariya twabwiwe wabyaye Yezu akamugaragariza urukundo kugeza apfuye akazuka?
Niba ari uwo se wamusabye akaguha agatonyanga k'urukundo yigaragajeho akiri ku isi?
Aho ntiwaba ubonekerwa n'ikindi kinyabubasha cyiyita gutyo, nawe ukacyoroma inyuma woreka n'imbaga y'abagukurikira?
Umenye ko iyo mbaga ari urusizi, uzayibazwa igihe nikigera!
Ko njya numva ababyeyi bavuga ngo igise kiraryana se, aho waba warigeze igise, ukarenzaho ukajugunya icyagusohotsemo?
Sigaho wigumya kwigira umubyeyi gito!
Reka kwigira ikitavumera!
Nkwifurije ubukwe bwiza, n'urugo ruhire!
Imana izaguhe gukurikiza GIHOZO UWERA FRANCOISE, bityo abone uwo ajya aheka n'uwo bazajya banakina!
Uzamuhe urukundo wimye imfura yawe imyaka 20 yose ikihirika!
Ariko wicuze icyo cyaha, Imana izakubabarira!
Kuko ngo itinda kurakara!
Stany
Jyewe ndabona "ABASORE" n'"INKUMI" bakili bato, bashobora kwishyira hamwe.
Hakaba amatora, hakajyaho Abakili bato, bafite amaraso mashya.
Maze biliya BISAZA, bya "NDAHAYO" na "NKIKO" byilirwa bilyana, aliko bidusenyera ishyaka, bikajya kuruhande.
Ubundi tugakulikira umubyeyi wacu "INGABIRE", mu gihe Imana ikimutije ubuzima.
Kuko biliya "BISAZA" navuze haruguru birananiranye.
Biratubibamo amatiku, adasobanutse neza.
Igihe Umubyeyi wacu "INGABIRE" yali agihali, ishyaka lyacu lyali limeze neza.
Ntabwo dushaka ko, biliya bisaza bikomeza kudusenyera ishyaka.
Nuko mbibona.
Umurwanashyka wa FDU Inkingi.
Komisiyo ishinzwe kurwanya Genocide yeguriye Komisiyo y'ubumwe n'ubwiyunge inzibutso zose ziri mu gihugu, ubanza ariyo mpamvu barimo gutaburura n'amahufwa yose bajyana mu nzibutso, bagarira yose kuko ntuzi azazana cash!
Iyi nkuru yuzuye itiku mu mashyaka iri hasi najye nayibonye yasakaye henshi. Sasa mbisubiremo, mureke amatiku. Ikibazo andi mashyaka afite kuri FDU na RNC kizakemurwa n'imishyikirano itomoye. Kugeza
ubu imishyikirano irashoboka cyane hagati y'amashyaka ategura manif na RNC-FDU. Uzasanga iyo mishyikirano atari ngombwa sasa azaba agaragaje ubuswa bukomeye cyane nakwambia. Amashyaka FDU na RNC si
amashyaka ushobora kuvuga gusa uyashyize ku ruhande. Utabyumva kweri sinumva icyo agamije.
Musema.
Nko mumyaka ya 1991-1994, amashyaka ya opposition arwanya ingoma ya KAGAME amaze gucikamo ibicee bibiri bihanganye, ariko nyirabayazana ikaba inzangano zikaze cyane ziri hagati yabagabo bahoze basangiye FDU. Abitwa ba NDAHAYO, MBERABAHIZI, BENOIT, babonye ibyo gushimuta ishyaka FDU ya INGABIRE bibashobeye, maze abarisigaranye bakiyorganiza bagakomeza gukora, nibwo bashatse ababatiza umurindi kugira ngo barebe uko bagwisha hasi abasigaranye FDU nyayo, ibi bikaba aribyo byashoje uru rugamba rugiye kuyogoza oppsition. Mururwo rwego, ba NDAHAYO bifashishije RUKOKOMA, MATATA, MURENZI, NDAGIJIMANA JMV. None umuntu yasobanura ate ko bigitangira abo ba NDAHAYO birirwaga babeshya rubanda ngo ibyo bapfa muriryo shyaka ryabo nuko ryifatanyije na RNC irimo abicanyi, none ubu akaba aribo bari kwirukanka inyuma ya RNC ngo ibatabare maze FDU ya INGABIRE bitirira NKIKO isigare iri yonyine ? Mu ntangiriro, iteganya nitegurwa ryiriya myigaragambyo yi Paris izaba le 06 avril abo bose bishyize hamwe kugira ngo iyi izabe ari iturufu ya nyuma yo kurambika hasi FDU ya INGABIRE. Uko ayo matiku yatwinjije muri biracika ntawe utarabikurikiranye. Abo bishyize hamwe muricyo gikorwa ubu aho bageze ni ukwinginga RNC ngo yitandukanye na FDU. Kubera ukuntu MATATA yabyitwayemo nuburyo asigaye yaracitse ururondogoro yirirwa atelefona abantu abangisha FDU ya INGABIRE, cyane ariko byumwihariko NKIKO utamuva mu kanwa, abantu bose baramurambiwe kuko bavumbuye ko ari intumwa ya ba NDAHAYO, ko ishyirahamwe rye naryo amaze kurihindura nkishyaka rya politili anashakira abayoboke, none ibintu bikaba birimo bizamba, kuburyo na sit-in imbere ya ambassade yu Rwanda i Brusseli kuba igikomeza aruko harabantu bazi kwihangana no kwitanga kuburyo icyo gikorwa kitahagarara. Narumiwe ubwo ejo kuwa kabili le 20 mars AGNES na MURENZI batelefonnye abantu bo muri RNC bababaza impamvu bataje kuri sit-in, babinginga ngo nibahaze, ariko bo bo muri RNC bigira nkaho batazi impamvu batahageze ! Mubyukuri abo bo muri RNC nabo bamaze kuvumbura wa mugambi wa ba NDAHAYO MBERABAHIZI, RUKOKOMA, MATATA, MURENZI, AGNESI etc barimo wo gushaka gusenya ubufatanye bwa RNC na FDU. Abo bo muri RNC baramwihoreye ntibirirwa banaza kuri sit-in, maze ako gaco gahita kabona ko bitazaborohera gusenya ubwo bufatanye, kuko nandi mayere yose bitabaje bashaka guteranya abarwanashyaka bayo mashyaka byababereye impfabusa. Abo bose kandi barangajwe imbere na MATATA, ariko mubyukuri bakorera ba RUKOKOMA na ba NDAHAYO, RENOVAT murubwo bugambanyi, MATATA rero yinginze RNC iyibwira ko rwose ngo bareka kwiteranya nabakiga bakazaza kwitabira imyigaragambyo yi Paris ya le 06 avril, bityo NKIKO agasigara wenyine ngo kuko bizwi na bose ko yanga abakiga urunuka, ngo niyo mpamvu muri FDU ntabarimo da !!!! Ni mururwo rwego MATATA yasabye RNC ko yakwandika itangazo ikarishyira kumbuga risobanura ko yo iretse gushyigikira FDU muriki kibazo. Ubwo RNC yahise imutera utwatsi. Mbibutse ko ibi byabaye mu gihe ANYESI na MURENZI barimo bahamagara abayoboke ba RNC babasaba kuza kuri sit-in ngo bakomeze babamanipule ariko ntibaza barabihorera.
Ubwo rero MATATA yahise afatwa numujinya wumuranduranzuzi, maze yandika indi invitation itumira mumyigaragambyo i Paris, ariko kugira ngo yihorere kuri RNC yarimaze kumutera utwatsi, ibyari
IMYIGARAGAMBYO YO KURWANYA RAPPORT TREVIDIC abihindura ngo MARCHE COMMEMORATIVE YO KWIBUKA ABACU BOSE BAPFUYE. Ibyo yabikoze kugira ngo yihimure kuko iyo marche yari yarateganyijwe kuzaba i Bruxelles
le 14 avril 2012 bose hamwe SOCIETE CIVILE na RNC na FDU bishyize hamwe. Birumvikana ko MATATA atari guhindura iyo gahunda ngo yohereze iyo invitation ya kabiri atabyumvikanyeho nabo bamye bafatanya
muruyu mugambi mubishya aribo ba NDAGIJIMANA JMV, RUKOKOMA, NDAHAYO, etc. Kubona abo bose batuma MATATA kumvisha RNC na rubanda ko ngo aribo batari abahezanguni mubyo kuvangura uturere, ko NKIKO we
yayogojwe niyo ngeso akaba ariyo mpamvu muri FDU ngo ntamukiga urimo ? ! Nonese, njye nibarize cyane RUKOKOMA na NDAGIJIMANA JMV ! Bahakana ko Madame HABYARIMANA AGATHE KANZIGA yabatumyeho umuntu
wabo wa hafi amusaba ko yabwira aba bagabo bombi kumuha amahwemo bakarekeraho gushaka kumucisha ijosi ? Muti gute ? Mubyukuri ibyo mubona abafransa bakomeje gutera uriya mukecuru hejuru kuva
rugikubita, nukubera cyane RUKOKOMA na NDAGIJIMANA JMV, kuko kuva igihe RUKOKOMA yari premier ministre na NDAGIJIMANA JMV akiri i PARIS muri ambassade nigihe yari Ministre des affaires étrangères kwa
KAGOME, niho bamupangiye amarorerwa muri dossier ye yaka ubuhungiro, nanubu rukigeretse ! NONE UBU ABA NGO NIBO BISHYIZE KWISONGA NGO BAJYA GUTABARA UMURYANGO WA HABYARIMANA, GUHOZA UMUPFAKAZI WE !
Bagiye bareka gushinyagura koko ! Cyangwa ahari NI BYA BIZIMU NIBISHITANI BYIYO IWABO ICYANGUGU BIRI KUBASABA KUJYA GUTEREKERA KINANI BAKITWAZA ABATABIZI. Aba bagizi ba nabi amanyanga yabo akwiye
kumenywa na bose, kuko aho ibintu bigeze sibyo kwihanganirwa. Batugaruye muri za 1991 – 1994 UBWO AMASHYAKA YAKONGEZAGA UMURIRO MU MITWE YABANTU BIGATUMA INGUFU ZIDASHYIRWAHAMWE NA BOSE NGO TUBANZE
TURWANE INTAMBARA IMWE YUMWANZI TWESE UBU TUBONA KO TWARI DUSANGIYE KUVA BASHOZA URWO RUGAMBA ! Barongeye kandi AYO MAJYOGI , bigera naho commémoration yabacu bapfuye bayiburijemo kubera ayo matiku
yabo ! Nonese byabera i Paris bikozwe nabantu bamwe bwacya bikongera i Bruxelles ? Ntacyo ariko kuko bariya basore bo muri JAMBO NEWS bari bateganyije ikintu nkiki, kandi bo ntabwo ari abakarasi
nkizi mburagasani, bafite umucyo, bararezwe. Tuzabyubahirize, ibyabo tubashyigikire turi benshi, maze twibuke abacu mu cyunamo kizirikanweho cyane.
Abangaba batohoza ibya biriya bigarasha byo m'Umuvugizi mushishikajwe n'iki? Bariya ni ba esikoro bo mu rwego rwo hejuru. Muraza kubumva basaba akazi kuri Le prophete.fr.
http://www.renovatiotv.com/pages/les-articles/operation-sarkozy-comment-la-cia-a-place-un-de-ses-agents-a-la-presidence-de-la-republique-francaise-thierry-meyssan-19-juillet-2008.html
Urubanza rw’abashatse kwica Lt Gen Kayumba Nyamwasa rwakomeje mu mujyi wa Johannesburg muri Afrika y’Epfo aho umupolisi wo muri Afrika y’Epfo yatangaje kuri uyu wa mbere tariki ya 19 Werurwe 2012, ko
Pascal Kanyandekwe yashatse kumuha ruswa ya Miriyoni 1 y’amadorali y’Amerika (1.000.000 $) kugira ngo amurekure nyuma yo gutabwa muri yombi akekwaho kuba ari we wahaga amafaranga abantu bari mu
mugambi wo kwivugana Lt Gen Kayumba Nyamwasa.
Umupolisi Leonard Kanye yatanze ubuhamya mu rukiko, avuga ko ariwe wataye muri yombi Pascal Kanyandekwe ku kibuga cy’indege cya Johannesburg nyuma gato y’aho Lt Gen Kayumba Nyamwasa bashatse kumwivugana.
Uwo mupolisi akomeza avuga ko umunyarwanda Pascal Kanyandekwe yashatse kumuha ruswa, igihe yari yambitswe amapingu yicaye mu modoka ya polisi. Mu mizigo ye yafashwe, harimo passports 2 n’amafoto ya 2 muri 5 bandi bashinjwa muri urwo rubanza. Abashinjwa bose uko ari 6 bahakana ibyo baregwa.
Leonard Kanye ufite uburambe mu kazi ka gipolisi bw’imyaka igera kuri 17, yakomeje ubuhamya bwe avuga ko Kanyandekwe yageze ku kibuga cya Johannesburg tariki 02.07.2010 avuye mu Rwanda. Umupolisi woherejwe gufata Kanyandekwe ku kibuga cy’indege, yahamagaye Kanyandekwe kuri mobile ye amubeshya ko ari umushoferi woherejwe kumutwara.
Mu modoka ya polisi bari bayoberanyije, abapolisi babwiye Pascal Kanyandekwe ko ari abapolisi kandi amaze gufatwa banamusobanurira uburenganzira bwe nk’umuntu umaze gutabwa muri yombi. Kanyandekwe yatangiye kwivumbura abwira abapolisi ko batagomba kumufata ahubwo aribubahe miriyoni 1 y’amadorali aho kumufunga bakamujyana mu gace k’umujyi wa Johannesburg kitwa Kyalami.
Umushinjacyaha Shaun Abrahams yatangaje ko ibyari mu mizigo ya Pascal Kanyandekwe harimo urufunguzo rumeze nk’urwo polisi yasanganye undi munyarwanda nawe uri mu bashinjwa witwa Amani Uwimana (Rukara) uyu kaba ari umushoferi w’amakamyo utari ufite akazi wari wahawe ikiraka we n’abandi bashinjwa cyo kwica Lt Gen Kayumba Nyamwasa.
Pascal Kanyandekwe, w’imyaka 30 we avuga ko yari aje muri Afrika y’Epfo gutangira ibikorwa by’ubucuruzi.
Ariko umupolisi Kanye avuga ko muri Passports 2 zasangamywe Pascal Kanyandekwe, harimo imwe imwerekana nk’umubiligi, n’indi imwerekana nk’umunyarwanda. Izo passports zerekana ko Pascal Kanyandekwe yinjiye muri Afrika y’Epfo ubwambere mbere gato y’iraswa rya Lt Gen Kayumba. Nyuma y’iraswa yinjiye muri Afrika y’Epfo inshuro 2, yanafashwe ava mu Rwanda arimo kuza i Johannesburg.
Amafoto polisi yasanze mu mizigo ye y’abo bari bafatanije muri uwo mugambi, bigaragara ko yari yahanagurijwe muri studio y’i Bujumbura mu Burundi.
Ubushinjacyaha bw’Afrika y’Epfo bwasabye ko abatanga buhamya barindirwa umutekano kubera ko ngo uru rubanza ari urubanza rudasanzwe rurimo politiki na diplomasi bakaba batinya ko Leta y’u Rwanda yashaka kuruburizamo.
Pascal Kanyandekwe yagaragaye mu rukiko yambaye neza yashatse abamwunganira muri bamwe mu bunganira abandi bakomeye bo muri Afrika y’Epfo. Yangiwe inshuro zigera kuri 2 gutanga ingwate ngo aburane ari hanze. Ariko abo baregwa hamwe, abanyarwanda 2, n’abatanzaniya 3, bo bagaragaye batambaye neza kandi ntabwo bigeze basaba gutangwa ingwate
http://www.alterinfo.net/Mohamed-Merah-vrai-terroriste-ou-idiot-utile-victime-d-un-complot-etatique_a73414.html
soma kuri rwanda rwiza, urubanza rwa kayumba na pascal kanyandekwe, ntibizoroha
Wowe #152
Komeza ugendere mu kigare cya Politiki ya humiliza nkuyobore, ya mwene wanyu RUKARABANKABA Alias PILATO.
Icyo nkubwiye intumva nkawe zavuniye ibiti mu matwi, muli bake cyane.
Umunsi RUKARABANKABA yagukoze munda, nibwo uzumva neza PILATO ni muntu ki?????
Sinkubwiye byinshi, iminsi bizagusaubiza.
RUGENGE.
Niko uribarisha Padiri ngo akubwire ibyo ashima FPR ?
Ngo natabivuga, uramenya ko afite "ingenga" !
Iyo ngenga wibwiye ko hari uwo igikanga wa mushenzi we ?
ngo K meme !! K meme se iki ?
Jye nakubwira ko FPR yakoze bibi byinshi cyane ku buryo bilan yayo iba négatif cyane.
Padiri nizeye ko atazirirwa ata igihe cye !
wowe 149, Ese yaba yaragukonnye ngo ubitubwire neza uko babigikoreye cg haruwo uzi byabayeho, babakonerahe ,babigenza bate, kugirango bigende gute?
Naho kuvuga ko nta cyiza na 1 FPR yakoze ntago byantangaza kumva ubivuga abameze nkawe nibobake mu rwanda. kandi ntibibuza abaterimbere kwikomereza . les chiens abois le caravane passe.
None ho se sha muravugiki ,mureke abari hanze bivugire;naho twe ubwo ukwa kane kugeze n'aha magufa gusaaaaaa!No kwirirwa duterura ngo byahahamutse
irebere gihamya ko Kagame agendera muri za jets ze Kagame yakirwa Istambur muri Turikiya ifoto ya Kagame asohoka mu ndege yakirwa nabacuruzi bagenzi urayisanga ku rubuga rwa ORINFOR http://www.orinfor.gov.rw/
Wowe #149 ghghg
Ndakumenyesha neza ko FPR kuva 1994 itegeka u Rwanda, nta kintu na kimwe yigeze imaralira iki gi8hugu.
Cyakora guteranya FPR yakoze:
1). ABANYARWANDA, 2). KWICA, 3). KUROGA, 4). GUKONA,
5). KURANDURA IMYAKA Y'ABATURAGE.
Ngibyo ibyiza FPR yakoreye abaturage.
Ntabwoba.
Umva wa mupadiri we niba koko wifuriza amahoro u Rwnda nabanyarwanda ndetse nakarere,njyewe ndagusaba ikintu 1.
Reka twemere ko FPR ifite amakosa da, ariko se ubu wabuuuuuuze nikintu na 1 washima mu byo yako kweli ? k memem !! niba haricyo waba uzi uzakitugezeho ubwo tuzamenya ko utafite ingenga njye niko mbyumva. nsubiza.
Erega agatsiko ka RPF kamaze abahutu kabataburura ubu ntamva ikibaho amafufa yose yabapfuye no kubwagahindiro yarataburuwe !!!
NB: Nuko batabemerera ngo umuntu abarure uduganga gusa , cg adupime nibwo mwamenya igipindi kili muli aya magufwa !!! baduhaye abantu bacu tukabahamba aho kubanika munzibutso hakandikwa amazina yabapfuye !!! kandi banditse amazina byatamaza benshi !!kuko haba habaye ibarura nyaryo !! dore ko babilirwa bagaragura abacu ntanumwe mubavandimwe babo waguye muli Genocide !! !bose bavuye ibugande badefila !
Niba ukibaho kandi ukaba usoma ururubuga, watubwira ko Gasasira yaba atarakira cg akihishe. Uretse ko ngo aho M7 na Kagame biyungiye nawe bamusabye ko yahagarara akareka Kagame ngo bakaba baramwubakiye inzu y'umuturirwa i Kampala. Birabe ibyuya ntibibe amaraso.
Ubuzima bwa Sentore bwaranzwe no kwitangira umuco nyarwanda awutoza abikiri bato, urungano rwe ndetse n’abari bamukuriye. Yabaye intore by’igihe kirekire ndetse yari azwiho ubuhanga mu gucurangisha
inanga. Mu myaka ya za 1950 ku ngoma y’Umwami Mutara III Rudahigwa, Sentore yabarizwaga mu itorero ry’Igihugu ryitwaga Indashyikirwa, kugeza ubwo mu mwaka w’1958 yari umwe mu ntore zagiye zishagaye
Umwami Mutara ubwo yagiriraga uruzinduko i Buruseli mu Bubiligi agiye kwitabira imurikagurisha ryahabereye.
Nyuma y’umwaka w’1959 mu gihe cy’imvururu zabaye mu Rwanda, Sentore n’umuryango yavukagamo baje guhungira mu gihugu cy’u Burundi, aho yageze ashinga itorero "Indashyikirwa" yitiriye iryahoze ari iry’i Bwami.
Umwami atumye apfa arozwe, ko nubundi se yari yisaziye! Mwaruhijwe n'ubusa nk'umwana wenda undi!
Gasasira na Nkuriza bariye amafranga y'i Kigali ubu bari muri accountability! Iyi nda dushoreye izadukoraho
Mwuvise relo ibya PRESIDENT wa MRP karumuna ka CDR YAVUZWEHO, N,AKAZINA GASHYA, n'aramuka atisobanuye ubwo mwamenye izina rye rishya. EREGA, AMASHYAKA YOSE AZIKOMA UBWOKO UBU NUBU AGOMBA KWAMAGANWA. Dushaka U RWANDA rutagira inenge munsi ir'imbere aho abantu bazajya bakurikira umuntu ubafiteye akamaro aho gu creer impunzi simburana.
Mwamenya GASASIRI AKIBAHO..MPERUKA AVUGA KO YIHISHE KANDI AHIGWA...AHO NTIBAMUGUYE GITUMO NONE TUKAZAMENYA INKURU BYARARANGIYE KERA CYANE.Uwagira icyo amenya yatubwira--
ESE AMIEL NKURIZA WE ARACYABAHO...EREGA IBY'IWACU TUBICIRA INKELI KANDI ARI URUKONDA.
Bitewe n'ibibi bya CDR, NIZO MPAMVU nise ALBERT RUKERANTARE "haram". N'IBA ABONA KO MRP atari CDR yahinduye izina azabisobanure, kugirango tumuhanagureho cyiriya cyago cy'izina.
Kuva ubu ALBERT RUKERANTARE Y'ITWA "HARAM" abi INYAMIJOS, RWAMAGANA, KIRAMUZI,MIYOVE, KINIHIRA, NYIRANGARAMA, RUHENGERI VILLE, MAJENGO ya GISENYI, KIBUYE VILLE, KIRAMBO, BUSHENGE KAMEMBE, NTENDEZI, GASARENDA, BUTARE, NYANZA NA GITARAMA NZIZA CYANE. Abo ntavuze muzabibwire abandi.
Mpagaririye aho avuze ngo babandi "BAKUNDA GUHAKA NO GUHEKWA" Mpita menya icyo uyu muburagasani ufite urwango rudafite epfo na ruguru. Uyu yikomye ABATUSTI bose kandi nyamara ibyo avuga ntanubwo ALBERT RUKERANTARE yabihagazeho kuko mbonye akiri UMUSORE n'ubwo bigaragara ko arya ibyo abonye nk'INGURUBE nako HARAM. ARIKO SE KOKO TUZEMERE CDR IZE KUYOGOZA IGIHUGU TWIFUZA MU BIHE BIRIMBERE ? Oya nimuhaguruke turwanye iri shyaka mu bitecyerezo, kuko nemera ko umuntu ufite urwango nk'ALBERT RUKERANTARE ashobora kuva ibuzimu, akajya ibuntu aramutse yemeye kwigishwa amateka y'u RWANDA KUKO NTAYO AZI NEZA. ayo yize yo kwari uguherekeza abandi.
Guhuzagurika kwa BAHUTU ni indwara uyu wa 135 ati iki ? asanze asanzwe yo atarahagije !
Banyarubuga mwe? Ngaho nimwiyumvire aho ishingwa rya CDR yambaye uruhu rw'intama nako rw'ihene kuko president wa MRP AHEBEBA nka ruhaya ikutse ibishishwa ry'ibitoki. Ngaho nimwumve ALBERT
RUKERANTARE.
http://youtu.be/9orbwAl6aNw
DISCOURS NAVUZE YOGUTSEMBA ABATUTSI SINIGEZE NYIVUGA MUKINYARWANDA!!
NSHAKA KO IBYO NAVUZE MBIBAZWA MURURIMI NABIVUZEMO (IGISHINWA)
MURAKOZE
Le M.L.R a la mission et la vision de réunir toutes les composantes du peuple Rwandais dans un projet de société guidé par les normes de la liberté et de la démocratie, en vue de conserver les acquis
de la Républiqueet de promouvoir la justice et le développement durable. Le MLR lance un appel particulier aux jeunes qui aiment et veulent le changement pour le meilleur du Rwanda d’adhérer
librement et gratuitement àla JMLR (Jeunesse du Mouvement de Libération du Rwanda) car ce sont eux les futurs leaders de notre pays. Le MLR veut préparer, responsabiliser et orienter les jeunes
d’aujourd’hui sur la voie du leadership épris de bons sens de la liberté, du progrès démocratique et de la justice sociale. La volonté est là. Nous avons les moyens et les compétences. Ensemble
levons-nous et travaillons pour un avenir meilleur.La JMLR défend les idéaux nobles du droit de vivre en paix et en dignité, de choisir librement les dirigeants et de leur demander de rendre compte
dans la transparence, l’amour du prochain et le respect mutuel.
http://mlrrwanda.unblog.fr/
Igihe tugezemo ni icy’amahitamo kuko inzira ari ebyiri gusa:
kwemera kuyoboka umwicanyi wahekuye igihugu cyacu cyangwa kumurwanya imbonankubone.
4) Hari kandi abavuga ko ubwo amashyaka yabo atazajya mu myigaragambyo nabo batazayijyamo.
Ibyo ni urwitwazo kuko tutari akalima k'amashyaka. Ishyaka ryakubuza rite gutabariza abawe bazira
akamama? Ishyaka ryakubuza rite kwamagana uwo muhanganye igihe ashaka kukugerekaho
kabutindi? Nimwerure muvuge muti ntituzigaragambya kuko twayobotse cyangwa se muvuge ko
mufite izindi mpamvu. NIba kandi udashaka gutatira ishyaka ryawe , umwambaro w'ishyaka wushyire
hasi ugende witwa umunyarwanda. Ngaho rero nimutekereze mufate ingamba za kigabo tuzagende
turi benshi maze ikinyoma gikubitirwe mu muhanda. Abwirwa benshi akumvwa na beneyo kandi ngo
aravugwa ntashira.
Ariko ababatusi bataburura buri mwaka amagufwa yabatutsi ndetse amagufwa menshi ari ayabahutu ese havamo ISOSI Imeze nkiyo tuzi mukinono ni sombe!
Ibi byose ni Kagame uryoherwa niyo SOSI ..abacika cumu mwaragowe kabisa. Kagame akomeze abashuke murwanye abahutu , kagame isaha ye izagera agende asange Habyalimana, Ndadaye , Kabila ese aba bozamwakira bate?
Munanirwe kumwiyama hakiri kare muragowe.
1)Kagame yabonye impamyabumenyi bitewe nisoko yafashize mugushora imari mu Rwanda.
2)Nubwo imari ishorwa mu Rwanda ni amabeshyo nta kindi kagame asigaje kuko adashobora kwiregura kubyo ya koreye Habyarimana ,i Kibeho ndetse na Congo nibindi niko bizagenda.
3) Nta muhutu wigikoresho ubaho ,niba anahari ni wawundi utarabimenya mwitonde muzabona ni igihe gito.
4) Kubeshyera Kayumba na Rudasingwa nibwo bugoryi mufite niba umuntu adafite umwanya uhagije kubera ko nawe akeneye kuruhuka ntabwo bihita bibaha uburenganzira bwo kumucecekesha ngo ubutabera bwo mu Rwanda buramushaka INDESE ? Rusesabagina >? IGIHE SE MUTAMUSHATSE NI ryari? uriya ni umuhutu washatse umututsi kandi bashaka kubakira abanyarwanda cyane kandi mwe igihe ibyo murimo ntabwo mubizi ,, kunyonga ibitekerezo byabandi cyane cyane guhera ku ifungurwa rya NTAKIRUTINKA bigaragazako muri bamwe na Dany Munyuza ndetse NA jack NZIZA.
5 ) KO Mwishe Habyarimana ikindi mushaka ni iki>? ko mudacyeceka?
6) Abanyarwanda aho muri hose cyane cyane abahutu aho muri hose ,niyo mwashimisha inyenzi ziyobowe na Kagame ntanarimwe muzagira amahoro! muri benshi muhaguruke muzirwanye nimubura imbaraga zishyirahamwe bitewe nubwenge bwanyu MUHAGURUKE MWESE MUSHIGIKIRE RNC..
7) MBARAGURIYE MWE MUTANZI IMANA IBARINDE.
wowe 129,ibyo nibyifuzo byawe disi.
muli Mali ko habaye coup d,etat se nshuti yanjye ngaho mbwira mu Rwanda naho bayikore ko numva ushishikajwe nintamabara.
KUKI IYO OPPOSITION UVUGA YUGARIJE M7 ITABA ITERWA IMBARAGA NA KAGAME? STRATEGIE YA KAGAME/RPF UKEKA YABA IGARUKIRA MU RWA GASABO GUSA?
Mutegereze akaZAVA KWA SHEBUJA wa Kagame i Bugande nawe opposition imugeze kure ndetse yo ifite igisirikare kandi yiteguye gutangaza intambara. KANDI nziko shebuja nakubitwa nawe azakurikiraho
byihuse ahubwo mbona FDLR ariho yagombye kujya kwitoreza kuko kw'isi ntagihugu kibaho kigira akavuga nk Uganda kandi butanze umusada wagenda neza kandi bagahita bambuka
|
[
"nob_Latn",
"unk",
"fao_Latn",
"unk",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"ltz_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"swh_Latn",
"eng_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"cjk_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"eng_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"swh_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"eng_Latn",
"eng_Latn",
"ron_Latn",
"kin_Latn",
"yor_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"szl_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"swh_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"fra_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"fra_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"srd_Latn",
"zho_Hans",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"fra_Latn",
"fra_Latn",
"fra_Latn",
"fra_Latn",
"fra_Latn",
"fra_Latn",
"wol_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn"
] |
allowed
|
1e0e07e704ac1ab543e65c4d020efa84
|
keep
|
[] |
[
5,
3.9,
10,
9.8,
10,
10,
10,
10,
10
] |
./WIDE-20121118175550-crawl417/WIDE-20121118191409-06836.warc.gz
| 901,346,068 | 7,337 | 30,047 |
http://www.inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1210130833
|
text/html
| 2012-11-18T20:12:52 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kik_Latn"
] |
[
0.9997,
0.0003,
0
] |
Uganda yabuze itike yo gukina igikombe cya Afurika itsinzwe na Zambia kuri penaliti 8-9
Ikipe y’igihugu y’Ubugande yongeye kubura tike yo gukina igikombe cya Afurika itsinzwe na Zambia ifite iki gikombe kuri penaliti 8-9 nyuma yo kunganya igitego 1-1 mu mikino ibiri. Imbere y’abafana benshi bari biteguye kubyina intsinzi Uganda ntako itagize ariko umukino urangira itsinze igitego 1-0.
Umukino ubanza wahuje aya makipe wabereye muri Zambia, Uganda nayo yari yatsinzwe igitego 1-0 yasabwaga gutsinda byibura 2-0 mu mukino wo kwishyura.
Igitego cya Uganda cyatsinzwe na Geofrey Massa ku munota wa 27 w’igice cya mbere cyongereye imbaraga ikipe ariko umukino urinda urangira batabashije kongera kureba mu izamu.
Byabaye ngombwa ko hitabazwa penaliti kuko amakipe yose yanganya muri rusange igitego 1-1 gusa nanone amahirwe yasekeye Zambia yinjije 9 mugihe Uganda yatsinze 8.
Ni incuro ya kabiri yikurikiranya ikipe y’igihugu ya Uganda ibura itike ku mukino wa nyuma kuko igikombe giheruka nabwo yabuze igitego kimwe gusa ubwo yakinaga na Kenya.
Zambia ikaba ibonye amahirwe yo kongera guhatanira igikombe cya Afurika dore ko ariyo yatwaye igiheruka kubera muri Gabon itsinze Ivory Coast ku mukino wa nyuma kuri penaliti.
Andi makipe yabonye tike mu mikino imaze kuba harimo Ghana yatsinze Malawi 1-0, Mali itsinda Botswana na 4-1 mugihe Nigeria yanyagiye Liberia 6-1.
Rutaganda ponny.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"scn_Latn"
] |
allowed
|
8e0ab6c61b277751b0e1dbeacb474fe9
|
keep
|
[] |
[
7.9,
10,
10,
10,
10,
9.8,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121118175550-crawl417/WIDE-20121118191409-06836.warc.gz
| 908,317,869 | 7,819 | 30,915 |
http://www.inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1210130820
|
text/html
| 2012-11-18T20:13:18 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"swh_Latn"
] |
[
0.989,
0.0095,
0.0002
] |
Amajonjora y'igikombe cy'Isi: Ubwongereza bwanyagiye San Marino 5-0
Imikino y’amajonjora y’igikombe cy’isi yakomeje ku mugabane w’Ubulayi kuri uyu wa gatanu taliki 12 Ukwakira 2012. Amakipe akomeye yose atahanye amanota atatu uretse Portugal yatsinzwe n’uburusiya 1-0.
Mu itsinda H, Ubwongereza bwihereranye San Marino buyitsinda ibitego bitanu byose ku busa ku kibuga Wembley Stadium.
Wayne Rooney niwe wafunguye amazamu kuri penaliti ku munota wa 35 w’igice cya mbere, nyuma y’iminota ibiri Welbeck ashyiramo icya kabiri bajya mu karuhuko ari 2-0.
Igice cya kabiri Rooney na Welbeck bongeye gutsinda ibitego bibiri bikurikirana maze Chamberlain nawe ahita atsinda agashinguracumu.
Mu itsinda B, Italy yatsinze Armenia ibitego 3-1 mugihe Ubudage nabwo bwanyagiye Republic of Ireland ibitego 6-1 harimo bibiri bya Reus na Tonny Kroos hanyuma Ozil na Klose nabo bareba mu izamu.
Espanye yihereranye Belarus iyitsinda 4-1 bitatu byinjijwe na Pedro ikindi gitsindwa na Jordi Alba, naho ubuholande nabwo butsinda Andora 3-0.
Ku mugabana wa Amerika y’epfo umukino ukomeye wahuje Argentine na Urguay. Lionel Messi watsinze bibiri na Di Maria kimwe bahesha intsinzi Argentine ya 3-0. Naho Colombia nayo iyobowe na Falcao watsinze bibiri itsinda Paraguay.
Dore uko amakipe yatsindanye muri rusange
Ibulayi
Russia 1-0 Portugal
Finland 1-1 Georgia
Czech Republic 3-1 Malta
Faroe Islands 1-2 Sweden
Kazakhstan 0-0 Austria
Armenia 1-3 Italy
Albania 1-2 Iceland
Turkey 0-1 Romania
Liechtenstein 0-2 Lithuania
Bulgaria 1-1 Denmark
Moldova 0-0 Ukraine
Belarus 0-4 Spain
Slovakia 2-1 Latvia
Macedonia 1-2 Croatia
Serbia 0-3 Belgium
Estonia 0-1 Hungary
Netherlands 3-0 Andorra
Switzerland 1-1 Norway
Wales 2-1 Scotland
Ireland 1-6 Germany
Slovenia 2-1 Cyprus
Greece 0-0 Bosnia-Herzegovina
Luxembourg 0-6 Israel
England 5-0 San Marino
Amerika y’amajyepfo
Bolivia 1-1 Peru
Colombia 2-0 Paraguay
Ecuador 3-1 Chile
Argentina 3-0 Uruguay
CONCACAF
Antigua and Barbuda 1-2 United States
Canada 3-0 Cuba
Guyana 0-5 Mexico
El Salvador 0-1 Costa Rica
Guatemala 2-1 Jamaica
Panama 0-0 Honduras
Rutaganda Ponny.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn",
"oci_Latn",
"som_Latn",
"szl_Latn",
"azb_Arab",
"ace_Latn",
"bem_Latn",
"eng_Latn",
"eng_Latn",
"ace_Latn",
"ace_Latn",
"dan_Latn",
"sot_Latn",
"sot_Latn",
"ron_Latn",
"eng_Latn",
"sot_Latn",
"mri_Latn",
"zsm_Latn",
"eng_Latn",
"eng_Latn",
"ron_Latn",
"eng_Latn",
"ltz_Latn",
"ltz_Latn",
"kin_Latn",
"grn_Latn",
"grn_Latn",
"grn_Latn",
"grn_Latn",
"zsm_Latn",
"eng_Latn",
"srd_Latn",
"lim_Latn",
"vec_Latn",
"lim_Latn",
"bam_Latn",
"scn_Latn"
] |
allowed
|
f5ca49af7b7aaca78496a44a10388b6e
|
keep
|
[] |
[
6.2,
9,
10,
9.6,
10,
9,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121118175550-crawl417/WIDE-20121118191409-06836.warc.gz
| 911,216,674 | 7,259 | 29,687 |
http://www.inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1210130842
|
text/html
| 2012-11-18T20:13:31 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] |
[
0.9948,
0.0052,
0
] |
Amavubi yanganyije na Namibia mu mukino wa gicuti 0-0
Umukino wa gicuti wahuje ikipe y’igihugu Amavubi na Namibia kuri uyu wa gatandatu taliki 13 Ukwakira 2012 warangiye nta kipe ibashije kureba mu izamu. Nkuko tubikesha umunyamakuru wa Contact fm Taifa wajyanye n’iyi kipe, Amavubi yitwaye neza ariko ahusha uburyo bwinshi bwo gutsinda.
Bitandukanye n’ibyari bimaze iminsi bivugwa mu itangazamakuru rya hano mu Rwanda, Ndoli Jean Claude niwe wagizwe Kapiteni aho kuba Emery Bayisenge.
Nkuko yakomeje atangaza uyu mukino amakipe yombi yasatiranye ariko Urwanda nirwo rwahanaganaga neza ariko ikibazo kikaba mu kurangiriza mu izamu.
Ku ruhande rwa Namibiya yari yitabaje abakinnyi bakina hanze nayo yashakishije ibitego ariko Ndoli Jean Claude ayibera ibamba.
Dore abakinnyi babanje mu kibuga.
Jean claude Ndoli, Emery Bayisenge, Ismail Nshutiyamagara,Frederique Ndaka, Hamdam Bariyinga, Jean d’Amour, Tumaini Ntamuhanga, Jean Claude Iranzi, Charles Tibingana, Imran Nshimiyimana, Jimmy Mbaraga
Rutaganda Ponny.
|
[
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"scn_Latn"
] |
allowed
|
9d7648e5cb67315497beb59a72a9445a
|
keep
|
[] |
[
7.5,
9.2,
10,
10,
10,
10,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20120919182444-crawl428/WIDE-20120919203036-00019.warc.gz
| 684,460,871 | 9,759 | 44,072 |
http://kigalikonnect.com/article/sierra-leone-abamugariye-ku-rugamba-bagiye-guhabwa-miliyoni-imwe-yamadorari.html
|
text/html
| 2012-09-19T22:34:23 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sna_Latn"
] |
[
0.8498,
0.1502,
0
] |
Photo Gallery
Sierra Leone : Abamugariye ku rugamba bagiye guhabwa miliyoni imwe y’amadorari
Yatangajwe: 18/09/2012 Umwanditsi w'inkuru: KigaliKonnect.com Staff
» Makuru
»» Amakuru yo mu mahanga
Nyuma y’aho igihugu cya Sierra Leone cyaranzwemo intambara zitandukanye, Leta y’icyo gihugu imaze gutangaza ko itanze amadorari ahwanye na miliyoni imwe agiye guhabwa abamugariye ku rugamba barenga 200. Amakuru dukesha Africa Review avuga ko iyi nkunga ije nyuma y’aho aba bamugariye ku rugamba bari baragerageje kumvikana na Leta, ariko bikananirana ari nabyo byatumye haba imyivumbagatanyo yatumye hakomerekeramo Minisitiri w’Ingabo muri icyo gihugu Major Paulo Conteh, wagabweho igitero n’abatarishimiye uburyo Leta itakemuraga ikibazo cyabo. Mu mwaka wa 2011, Umuryango Uharanira Uburenganzira bwa muntu muri Sierra Leone, wari watangaje ko Leta igomba kugira icyo igenera aba bakomerekeye ku rugamba, n’ubwo yo yakomeje guterera agati mu ryinyo. Biteganyijwe ko buri musirikare muri aba 200 wakomerekeye ku rugamba, agomba guhabwa ibihumbi 4 by’amadorari y’Amerika azabafasha mu gihe kiri imbere. Leta y’icyo gihugu yatangaje ko yafashe icyemezo cyo gutanga aya mafaranga, nyuma y’aho Perezida Ernest Bai Koroma amaze gusinya itegeko ryemerera aba basirikare guhabwa aya mafaranga.
Nyuma y’aho igihugu cya Sierra Leone cyaranzwemo intambara zitandukanye, Leta y’icyo gihugu imaze gutangaza ko itanze amadorari ahwanye na miliyoni imwe agiye guhabwa abamugariye ku rugamba barenga 200.
Amakuru dukesha Africa Review avuga ko iyi nkunga ije nyuma y’aho aba bamugariye ku rugamba bari baragerageje kumvikana na Leta, ariko bikananirana ari nabyo byatumye haba imyivumbagatanyo yatumye hakomerekeramo Minisitiri w’Ingabo muri icyo gihugu Major Paulo Conteh, wagabweho igitero n’abatarishimiye uburyo Leta itakemuraga ikibazo cyabo.
Mu mwaka wa 2011, Umuryango Uharanira Uburenganzira bwa muntu muri Sierra Leone, wari watangaje ko Leta igomba kugira icyo igenera aba bakomerekeye ku rugamba, n’ubwo yo yakomeje guterera agati mu ryinyo.
Biteganyijwe ko buri musirikare muri aba 200 wakomerekeye ku rugamba, agomba guhabwa ibihumbi 4 by’amadorari y’Amerika azabafasha mu gihe kiri imbere.
Leta y’icyo gihugu yatangaje ko yafashe icyemezo cyo gutanga aya mafaranga, nyuma y’aho Perezida Ernest Bai Koroma amaze gusinya itegeko ryemerera aba basirikare guhabwa aya mafaranga.
SOURCE: igihe.com
|
[
"zho_Hans",
"run_Latn",
"run_Latn",
"sna_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"ita_Latn"
] |
allowed
|
3cc69a2469d85768f738624dd5ab9330
|
keep
|
[] |
[
8.6,
9.2,
10,
10,
10,
10,
10,
2,
10
] |
./WIDE-20121116025729-crawl413/WIDE-20121116033454-07867.warc.gz
| 880,147,580 | 9,487 | 29,102 |
http://rn.wikipedia.org/wiki/Ibiyayura_umutwe
|
text/html
| 2012-11-16T04:11:28 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"tat_Cyrl"
] |
[
1,
0,
0
] |
Ibiyayura umutwe
Ibiyayura umutwe ni ibintu bihindura ingene umubiri wawe usanzwe ukora. Bironona amagara kandi biragoye kuvyihanganira no kubiheba.
Inzoga hamwe n’ibiyayura umutwe bimwe bimwe biratuma umuntu yihebura, n’ukuvuga yuko bishobora gutuma umuntu yumva ko yijiriwe, agira ivyiyumviro bibi, canke acika ikiyingiyingi. Rimwe na rimwe abantu bijiriwe canke bihebuye baca banywa inzoga zikaze kugira ngo bibagire ingorane bafise canke bagabanye ububabare, ariko ntibabone ko ivyo bituma bihebura gusumba canke indwara yabo yongerekana.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
6c9615d7414f0e4bd39c370c30d165b4
|
keep
|
[] |
[
8.1,
10,
10,
10,
10,
10,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121010111227-crawl339/WIDE-20121010114756-01580.warc.gz
| 811,052,854 | 5,476 | 16,591 |
http://orinfor.gov.rw/printmedia/news.php?type=rw&volumeid=709&cat=6&storyid=16026
|
text/html
| 2012-10-10T12:12:50 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] |
[
0.9936,
0.0065,
0
] |
Botswana-Rwanda
Namibia- Burkina Faso
Ethiopia-Tunisia
Somalia-Algeria
Sierra Leone - Senegal
Chad- Côte d’Ivoire
Tanzania- Misiri
Zimbabwe- Congo Brazza
Angola- Gabon
Benin- Cameroon
Nigeria- Guinea
Mauritania- Mali
South Africa - Zambia
Gambia - Ghana
Nyuma y’icyiciro cya mbere cy’imikino y’amajonjora yo gushaka itike ya CAN U-17, kuri ubu uko amakipe azahura mu cyiciro cya 2 yamaze kumenyekana, ikipe y’u Rwanda U-17 ikaba igomba guhura na Botswana U-17, imikino iteganyijwe kuba mu kwezi k’Ukwakira 2012.
Amakipe arimo u Rwanda, Burkina Faso, Tunisia, Algeria, Senegal, Sierra Leone, Cote d’Ivoire, Misiri, Congo Brazza, Gabon, Cameroun, Guinea, Mali, Afurika y’Epfo, Zambia, Gambia na Ghana akaba yarafite itike y’icyiciro cya 2 aho yagombaga gutegereza azatsinda mu cyiciro cya mbere bityo bigahura mu mikino y’icyiciro cya 2. Mu mikino y’icyiciro cya mbere rero hari amakipe 6 yikuye mu irushanwa ariyo La Reunion yagombaga gukina na Namibia, RDC yagombaga gukina na Angola, Guinée Equatoriale yagomba gukina na Chad, Kenya yagombaga gukina na Tanzania, Centre Africa yagombaga gukina na Ethiopia ndetse na Liberia yagombaga gukina na Benin. Nyuma y’uho aya makipe aviriyemo muri iki gice cya mbere nta kine byatumye amakipe nka Namibia, Angola, Chad, Tanzania, Ethiopia na Liberia zihita zibona itike yo gukomeza mu cyiciro cya 2 mu rwego rwo gukomeza gushakisha itike y’imikino ya nyuma ya CAN U-17. Hari hasigaye gusa amakipe 10 agomba kwisobanuramo hakazamuka 5 akajya mu cyiciro gikurikiraho, Malawi na Botswana, Somalia na Soudan, Zimbabwe na Mozambique, Nigeria na Niger na Mauritanie na Libyia. Nyuma yo gukina imikino ibanza yabaye ku italiki ya 07, 08 na 09 Nzeri 2012 n’iyo kwishyura yabaye mu mpera z’icyumweru gishize taliki ya 21,22 na 23 Nzeri 2012, amakipe 5 ariyo Botswana, Somalia, Zimbabwe, Nigeria na Mauritania zizo zabonye itike yo gukina imikino y’icyiciro 2.
Umutoza w’Amavubi U-17, Tardy yagize icyo atangaza
Amavubi U-17 n’ubwo atakinnye mu cyiciro kibaza kuko yitwaye neza mu mikino ya CAN U-17 iheruka akegukana umwanya wa 2, afite akazi gakomeye ko kongera gukina imikino ya CAN U-17. Amavubi U-17 yari ategereje ikipe izarokoka hagati ya Malawi na Botswana. Aya makipe akaba yarisobanuye kuko mu mukino ubanza Malawi yatsinze Botswana ibitego 2-1 naho mu mukino wo kwishyura Botswana itsinda Malawi ibitego 2-1, amakipe nyuma yo kunganya 3-3, hitabajwe Penalite maze Botswana yinjiza 4 kuri 2 za Malawi.
Nyuma yo kumenya ko Amavubi U-17 azahura na Botswana U-17 mu cyiciro cya 2 cyo gushakisha itike ya CAN U-17, Imvaho Nshya yegereye umutoza Richard Tardy maze agira icyo atangaza ku myiteguro afite mbere yo gukina na Botswana U-17. Tardy yagize ati “ Twabimenye ko tuzahura na Botswana U-17, dukomeje imyiteguro, abakinnyi aho bari bameze neza nta kibazo. Botswana ntabwo ari ikipe ikomeye, icyizere kirahari ko twayisezerera tukajya mu cyiciro gikurikiraho”. Mu rwego rwo gukomeza kwitegura, Tardy yatangaje ko bateguye imikino 2 ya gicuti na Tanzania ariko ikaba itarabasubiza, iyi mikino bakaba bari bifuje kuyikina mu ntangiriro z’ukwezi k’Ukwakira 2012. Tardy akaba yarakomeje avuga ko barimo kuvugana na Zambia ku buryo bikunze nayo bakina umukino wa gicuti.
Umutoza w’Amavubi U-17, Tardy yatangaje ko ubu abakinnyi batari hamwe ko hari bamwe bari gukina imikino ya shampiyona mu Isonga FC, abandi muri APR FC no muri SEC ndetse n’abandi bakinnyi bakina haze harimo Itangishaka Blaise uri i Dakar muri Senegal muri Aspire Academy, bose akaba avuga ko bagomba kuza mu Rwanda ku italiki ya 29 Nzeri 2012 aho bazaba bafite iminsi 15 yo kwitegura mbere yo kwerekeza muri Botswana mu mukino uzaba ku italiki ya 13 Ukwakira 2012. Naho umukino wo kwishyura ukabera i Kigali ku italiki ya 27 Ukwakira 2012.
Abakunzi b’umupira w’amaguru bashimishijwe cyane n’Amavubi U-17 y’umwaka ushize bose iyo bavuga baba bafite impungenge ko aya Mavubi U-17 atateguwe nk’uko ubushize yateguwe akaza kubona umwanya wa 2 n’itike y’igikombe cy’isi, aha umutoza Tardy yagize icyo atangaza, aho avuga ko biteguye uko bashoboye kandi ko abona ikipe nta kibazo ifite n’ubwo koko itateguwe cyane nk’umwaka ushize. Yagize ati “ Ndumva mfite icyizere ko tuzabona itike y’imikino ya nyuma ya CAN U-17 izabera muri Maroc umwaka utaha wa 2013”. Amavubi U-17 akaba ayarakinnye imikino 2 ya gicuti na Nigeria atsindwa ibitego 8 kuri 0 aho mu mukino wa mbere byabaye 5-0, uwa kabiri bikaba 3-0. Amavubi U-17 naramuka asezereye Botswana azahura n’izatsinda hagati ya Somalia na Algeria.
|
[
"swh_Latn",
"bam_Latn",
"swh_Latn",
"swh_Latn",
"swh_Latn",
"bam_Latn",
"run_Latn",
"swh_Latn",
"bam_Latn",
"swh_Latn",
"swh_Latn",
"vec_Latn",
"sot_Latn",
"swh_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
91dcf1f5af55cde0a94bbccfdc28a93a
|
keep
|
[] |
[
7.1,
8.2,
10,
9.6,
10,
9.5,
10,
4,
7.9
] |
./WIDE-20121020030743-crawl421/WIDE-20121020030743-03407.warc.gz
| 1,045,515 | 28,800 | 106,484 |
http://akeza.net/le-producteur-romeo-explique-pourquoi-il-ne-veut-pas-etre-dans-akeza-awards/
|
text/html
| 2012-10-20T03:07:52 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"swh_Latn"
] |
[
0.9997,
0.0002,
0
] |
Le producteur Romeo se retire d’Akeza Awards: Les raisons
62 Commentaires to “Le producteur Romeo se retire d’Akeza Awards: Les raisons”
-
Shaka Says:
08 sept 2011à7 h 34 min
Atagapfuye ntagakira
-
Ni Says:
08 sept 2011à9 h 24 min
Impressionnant le gars…… J’adore les gens qui se croient au plus haut niveau que les autres. Vous savez pourquoi???? parce que il y a toujours une surprise desagreable a leur endroit!!!!!! Alors a toi Romeo, attention ne te ventes pas trop!
-
dona Says:
08 sept 2011à11 h 18 min
pol san ariko nuko abana basigay bakurusha akazi.ntushavur wigumura kuk iyo ub uwamber ndazi ntiwavamwo
-
Fred Says:
08 sept 2011à12 h 56 min
Roméo,toi-même tu sais q tu es nul n’invente pas ibintu ataho bifatiy si tu t croi plu fort qu’eux rest ds la comptitio and we’ll wait and see!!!!
-
Kakunze Says:
08 sept 2011à13 h 06 min
Roméo ubu ntakigenda ,nabandanye akazi kiwe K’imbonerakure nayo ivyubuproducteur hari kera ataraja muri politique ,vraiment basigaye bamusunvya akazi aba jeunes producteur mnawe nyene arabizi ninaco gituma yahise yifutisha mumahiganwa rugikubita,
AMASHUGWE ARUMA AKABISA AYANDI !!!!!naje kuri retraite ndake!!!!
-
linawindouh Says:
08 sept 2011à13 h 28 min
il se prend pour qui ce CNDD?il est nul!!!
-
kagabo Says:
08 sept 2011à13 h 57 min
Aya niyo mwita amatora?Aya kurijewe twoyita sondage kugira ngo tubone position yumwe umwe,hama mugaca mutoramwo nka batatu bambere,mukabagirira promotion(propaganda)kandi ingana kuri bose(ama photos,intervieuw,oeuvres de chacun(e)nka zitanu zitanu kuri bose kugira twirinde aba tatona mukazi)hama hagaca harondegwa aba juristes nyabo bumva la valeur de la musique (qualite,arrangement,mixage,mastering)kuko hari abatora par fanatisme,ubugenzi mais pas akazi,n’abatogwa kuko bagirigwa des promotions ici et la kandi batarengeye abandi mu bikorwa.Harimwo n’abirigwa inyuma ya computer rikarinda rirenga bariko baritora,kuko iyo possibilite mwayishizeho.Murimake aya s’amatora twogenderako ngo uyu nurya n’abambere.Ivyo vy’amatora sur net na SMS ni bullshit.Sorry
N’abandi babona kure bobivamwo,kuko iyi ni propagande kuri bamwe.
Landry urazwi uko ukora.
-
rukundo Says:
08 sept 2011à14 h 45 min
jewe nibaza aya matora yo kuri akeza.net atomoye kuko yubahiriza amatageko nkuzamakungu ,ibi vyaya matora nama nabibonye hano muri Aerica aho mba kandi ntanumwe abigaya ,ahubwo nugukomeza ukonyene !!! ihiganwa naryo ivyo abanyagihugu batoye nivyo nyene ,Obama atogwa hano muri USA sukuvuga ko atabandi bamusumba bari bahari bamusunvya amahera namashure ,rero iyo bazana aba Juges batora umuntu yize ,afise amahera ….umuzungu…. nibaza ko OBAMA ATARI GUHITA
Nimba umuntu yiriwe kuri computer yitora wenyene ,urunva naho nyene azoba atsinze urunva ko azoba yashizemwo umwanya munini yitora
KOMERA AKEZA .NET HANO MURI U.S.A turi gutora twivuye inyuma
-
IRANKUNDA Says:
08 sept 2011à14 h 56 min
Aya matora atunganije neza ,Roméo yarifutishije kukjo yabona ataburyo yoshobora kwiba amajwi
akezaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaa
-
majacks Says:
08 sept 2011à17 h 04 min
ce site devrait etre apolitiq, commentaire irimwo CNDD ntampamvu ifise yokuba accepté (clin d’oeil pour http://www.akeza.net).
Ico novuga kuri aya matora nibaza ko Landry afise comité AKEZA AWARDS kubera iyo nayo ikaba izokwiga kubantu sondage ibera hano kuri site izoba yashize imbere, kuko na BILLBOARD AWARDS MUSIC ya site http://www.billboard.com/#/ yo muri USA ariko bigenda.
kubera twinjiye mumategeko mumatora nta muntu atora kabiri alors que jewe nshobora gutora kabiri kane meme infiniment ukonshaka mpfaguhindura gusa adresse IP yanje kubijanye na connection inetrnet gusa.
hanyuma kubijanye na défection ya Romeo vis-a-vis y’AKEZA AWARDS 2011 nibaza ko kumushira hamwe n’aba « producteur en herbe » atari bibi ariko kuca abona bamuciye imbere bivuye kukwitora canke gutorwa kenshi bitari juste, il n’a pas eu trop erreur, mugabo yibagiye ko mwihiganwa barya batobato ariho bungurira ubuhinga canke ubumenyi.
dc q’il se retire biramusha mugabo nsaba AKEZA aya maresultat ntabe ariyo izo considera comme finale mais comme sondage.
thx big up
-
Leis-Bruel BryGa Says:
08 sept 2011à17 h 57 min
mb basha yibnamw iki??!! dey r now down!! viv Akeza Awards!! ahbw nacik..muta bon débarras kabisa!
-
Chan Says:
08 sept 2011à19 h 11 min
Il na ok1 raison d c retirer simplement il a peur!mé sach k akeza.net est le meilleur!watiny?iy si cndd
-
kagabo Says:
08 sept 2011à21 h 00 min
Inyishu kuri Rukundo,
Mbe ko uriko uragereranya amatora yaba Obama nayaba producteurs,ugomba utwumvishe ko politique na music production biri mugisata kimwe?Aho nibaza ko wataye umurongo,canke uvyirengagije ubizi?Hama turazi ko mur’iyo America yawe uratira ko mwateye imbere kuvyerekeye amatora,heza utwumvishe ko murigera mutora abo bakuru banyu mubicishije kuri SMS na Internet.
Kurabo nabo bagomba guhora Romeo umugambwe wiwe nibaza ko atariyo ntumbero Akeza yoba ifise!!! Nibaza ko turiko tuvuga ivy’akaranga n’ubuhinga mu muzika wacu dukunda w’Iburundi.Aboba bifuza guhorana imigambwe,kumbure n’amoko,boja kuri za(Tutsi.org,abarundi.org,burundi- news,arib.info,iwacu.org……)aha turi mukibuga c’imico,akaranga,n’ubumenyi.Kandi mwibuke ko Romeo yari yanse ko bamushiramwo kuva muntango nibaza ko Akeza yabitahuye.
Hama ko ayo matora yoba yubahiriza amategeko mpuza makungu,nibaza ko vyoba vyiza utweretse ayo mategeko uvuga.Kuko ntawabahagaritse gukoresha amatora,ahubwo twaterera kugira ngo abo bazoba bashizemwo bose biyumve ko bariko barahiganwa koko.Hama umuntu umwe yitoye incuro 1000 = toujour umu fan umwe(nukuvuga ijwi rimwe)bamureka gushigikira amafuti,ahubwo wewe uciyumvira uko vyitwa ko uri muri America bateye ibwere muvyiyumviro,wofuma ujujutira iwanyu kuko urutwa n’umunyagihugu yibereye i CENDAJURU.
Ikindi ntokwibagira nuko abavamwo bakiriko baraza kuko abenshi ntibamenyeshejwe mukubahiganisha.
Hama ikindi nikubera iki Bashir Dia yavuze ko abivuyemwo kandi agakoresha imvugo isa niyo Romeo yakoresheje,hama ntimwagira ico mubivuzeko?Bayina imbwa irya uwizi.
-
Murundi Says:
08 sept 2011à21 h 31 min
we sha KAGABO,urahindura izina nturi kagabo ahaubwo uri Akagugu !!!!!Roméo ntaba akwiye kuja ahabona kuri net niyo nda ingana naho bwakereye !!!!NTA MU STAR AFISE INDA
-
Murundi Says:
08 sept 2011à21 h 42 min
Ahaaaaaa,mbe amahiganwa abarundi bemera ko atunganijwe neza nayahe???? abantu b’injavyi i burundi baruzuye !!! iyoba babunviriza narya ma higanwa abaera NAIROBI -KENYA nataba aba !!!!!! ahera bagitanguye akarinda arangira ari induru gusa nkizi zaba KAGABO!!!
Akeza ,bandanya project zanyu abo bandi mubime amatwi si non abarundi hari injavyi nyinshi nukuri kwimana !!!!
-
Murundi Says:
08 sept 2011à21 h 43 min
Ahaaaaaa,mbe amahiganwa abarundi bamaze kwemera ko atunganijwe neza nayahe???? abantu b’injavyi i burundi baruzuye !!! iyoba babunviriza narya ma higanwa abera NAIROBI -KENYA nataba aba !!!!!! ahera bagitanguye akarinda arangira ari induru gusa nkizi zaba KAGABO!!!
Akeza ,bandanya project zanyu abo bandi mubime amatwi si non abarundi hari injavyi nyinshi nukuri kwimana !!!!
-
muhoro Says:
08 sept 2011à21 h 46 min
Ahubwo AKEZA.NET bagize nezaaaaaa gushira amazina yabaririnvyi muri competition batarinze nokubaza kuko iyo batabashirako ubu imanza ziba zashinzwe muri sentare bavuga ko bababwira igituma batabashize muri competition!!!!!abarundi turazinanye !!!!
-
kagabo Says:
08 sept 2011à23 h 02 min
Murundi we,
Muvyo uvuze ico utereye nikihe ko mbona wuzuye ibitutsi gusa.Ahubwo mbona ko ariwe wari ukwiye guhindura izina kuko nta murundi yarezwe neza yuzuranye ibitutsi nkuko kwawe.Ahubwo ngira ngo ndagutoze mutuzina tw’ubuhizi tukubereye nka Muhimbiri,Mugesera,Mutindi,Mujejeka,mu…)urahitamwo kamwe muri uto wiyite.
Hama kirico uvuze ko Romeo atarakwiye kuja ahabona kubera inda afise,ntaco nobivugako kumbure mufise ico mupfa,ariko ndaguhaye nk’uturorero twaba Producteurs Chanteurs bazwi nka Timberland,T-Pain…)super producteurs kanki babatunzi,wewe ubona hari aho wobigereranya ga wa muhimbire we.
-
Murundi Says:
08 sept 2011à23 h 15 min
MBE SHA KAGUGU alias KAGABO uratukana gutyo nkabungere bo mumugamba!!!!jewe sintukana ihibambewe,nimba ushaka umukomo uva iwanje je ndi umurundi w’indero sintukana
SALUT
-
kagabo Says:
08 sept 2011à23 h 15 min
Kuri ico cuko bashira uwo bagomba mumahiganwa yabo,nibaza kwari ububasha n’ubushake bwabo,ariko naho nyene habaye uwutabishaka ntimwobimuhora canke ngo mubimushiremwo kugahato.
Kandi murantunga ntanduru nigeze ntera (nkuko uyo Muhimbiriyabivuze aho hejuru)Navuga uko ibintu nabibona kandi ntawe natutse canke ngo nifatire mugahanga.
-
Murundi Says:
08 sept 2011à23 h 21 min
murundi we uragaruse wahinduye izina,ubu ho wafashe gwanje ko watanguje urudome rukuru M,gumana kakazina watanguje kugira ngo abo uriko uratuka batanyitaranya.Je sintukana kuko ndacafise akaranga ka Murundi.
Hama nkuyo KAGABO wari umutukiye iki kwatigeze avuga nabi?
-
murundi murundi Says:
09 sept 2011à0 h 49 min
sinzi ukuntu ndabiguyeko, ronderera ahandi kuko jewe nje sintukanira ibintu nkivyo. nzotukana hari uwututse uburundi ikirundi n’abarundi nayo ibisigaye ni bito. akazina kanje kuva ni aka ubona hejuru
-
Murundi Says:
09 sept 2011à0 h 59 min
komera mwenewacu.
-
caritas Says:
09 sept 2011à6 h 47 min
Yoooo,mbega ifoto!!!uru rugabo Roméo umenga ni sizimwe !!!
-
G. Pro Says:
09 sept 2011à9 h 08 min
Uwo binaniye agra ngo ibirago branyerera!!! Yaco abantu bamwe bamwe baba bashaka kwifata nk’utu mana!!! Romeo yarabonye k ataco yohanoba hama akuramwo akarenge!!! Ni vyiza kwemwra ko warushijwe!!! Aragahora uko! Aragahora aza aratahura ko ataco yovuga imbere ya NOUVELLE GENERATION DE PRODUCTEURS! Seuls les incapables nibo bahunga kuja ahabona!! Romeo aratinya ama « QUALITES » akorwa naba JEUNES NOUVEAUX PRODUCTEURS,rero yarabonye k agumye mw’Ihiganwa yomaramara ari naco gtma yaciye asokora akaguru.
-
diaman noir Says:
09 sept 2011à12 h 47 min
mbega amatora atagira udusandugu numwiherero!!! atuma imbura kimazi zikura mwihiganwa romeo ntiyihenze nagato kuko ntakiri umu producteur ico je nashaka kuvuga ndashimye caaaaaaaaaaaaaane ingingo yafashe kuko afashije abatazi gusoma nukwandika kutihenda ngo bamuhe amajwi icakabiri Roméo tu ne veux pas participe mais dans east africa music award tu as participe kuko urengeye rero uburundi nari nyemerera nkubwire ijambo rimwe ncuti tu sais icarico un site web internationale si nka votre studio de merde non ici sur akeza ne monde iba comme un village mon ami none wewe udashaka ijwi nunzu ahuba ushaka ijwi kwande? iyuvuga uti !!! » JEWE ROMEO KUBERA UBUHINGA BWANJE MBONA ATANUWO NOKWEGERA MUBAHINYANYUZI BARI MURI AKEZA NDASE KWIMARAMAZA NOKURONKA MAJWI ANGAYISHA MUMAKUNGU » ROMEO KUVAHO WABEREYE KURI AKEZA UBU NIHO UBONYE KO HAGEZE KUVA MWIHIGANWA MUTAMA ROMEO KOMERA NUKWIMARAMAZA . NDASAVYE KO ABATANGA Prix mwoturonderera iy’ikimaramare tuzoha romeo peace et respect
-
diaman noir Says:
09 sept 2011à13 h 06 min
pour KAGABO MUBISANZWE IVYUVUGA NDAGUSHIGIKIYE MURUHANDE RUTO CANE NDASHAKA KO UMUNTU WESE YOMENYA OBJECTIF AFISE KURI AKEZA ! NAJE BIRAMBABAZA IYO UMUNTU AVUZE IZINA RY’UMUGAMBWE KUKO BIBONEKESHA NABI SITE YACU DUKUNDA TWESE KIMWE TWOHURIZAKO TUVUGE KUBIHARI KURI SUJE IHARI . MUGABO IVYO BAKUBWIYE KO AMATORA AKOARA UKU NIVYO UKURI NIMBA URI BUJUMBURA NOGUHA EXEMPLE YA MARIAGE YAGAKURA SI AGASHIMWE KUBURUNDI N’AGASHIMWE KA AKEZA GATAGWA N’UMURYANGO AKEZA NUKO MUNZU IWANYU MWOHA PRIX DIAMANT NOIR KUKO AHANURA CAANE DONC NDAGUSUBIRIYEMWO AKEZA NTISERUKIRA UBURUNDI BWOSE MUGABO IZOTANGA AGASHIMWE KITWA AKEZA NTUFATE RERO UKUTARIKO NGIRA NIBA UZI GUSOMA WOJA RURI http://www.fr.wikipedia.org/wiki/Vote usome amategeko y amatora
-
kagabo Says:
09 sept 2011à17 h 03 min
Aho turiko tuvuga kimwe ,kandi ndagushimiye kubona ubivuganye ubwitonzi udatukanye.
Nkuko nabivuze,Akeza ifise ububasha n’ubushake bwabo,mbere n’intumbero yabo yogutanga agashimwe kuboba bakora neza m’umwuga w’umuzika,canke kuboba bakundwa n’abanywanyi ba Akeza.
Ico nashase kuvuga,nuko habaye abiyonkora batokurikigwa n’ibitutsi bahogwa ko boba badashaka kwitoza,ivyo nibisanzwe vyama ho.
Hama birya natanze akarorero kuko nabona amatora yotungaywa,cari iciyumviro canje kandi ndasaba ko ntobihogwa.
Hari uwundi yoba afise ikindi ciyumviro nawe yogitanga kugira ngo tugire ico dutereye Akeza,kuko ndibaza neza ko intumbero y’Akeza atari y’ibitutsi,ahubwo ivyiyumviro n’ibikogwa.
-
rutwe Says:
09 sept 2011à17 h 09 min
Romeo n a pa bien reagi mais…il ya plein de truc de classements à la mode tutazi nico bafatirako mugutora abantu pas meme de jury professionnel kuko les votes ne suffisent pas… alors quels sont les critères? quel est l`interet de ces classements sans fin? qui fais ces classements? qui gangne dans ces classement à la fin?
-
KICHA Says:
09 sept 2011à17 h 11 min
WE KAGABO NTUKIGERERANYE NABA PROD BIKI GIHE NDETSE WEWE NTANICO WIGEZE UKORA KUVA KERA NIWIVIRE HAKIRI KARE P6
-
dona Says:
09 sept 2011à17 h 37 min
ariko iyo nda irafise agaciro kuko yoba umu cuisinier mwiza.mu gikoni yoba top
-
kagabo Says:
09 sept 2011à19 h 10 min
We sha KICHA, ubwo wari wakurikiranye aho tugeze muri izi commentaires?
Uravye muri abo bariko baratogwa hari izina KAGABO ryoba ririmwo?
Je nibaza ko wihenze kw’izina wandise,ukaba naho utihenze ushaka kumenya ico maze gukora canke ico ndiko ndakora urandondera ndakwibwire.
-
melomane Says:
10 sept 2011à21 h 27 min
moi j pens kwata kamaro k gutuka umunt pour ce k il a fait kand bitabaraba!! kom ataw yahanuj mu kujamwo ntiyategerezwa kubabaza mu kuvamwo, mb mubabajw nuko yavuyemwo cnk mubabajw nimvo yatanz?? mb iyavamwo ataco avuz naho?? hubw ab organisateur nabo nyen ni bab baraba ab bashiramwo, romeo j naheruka kumwumva muri campagn peut etr k atakiri um producteur w indirimbo zisanzw, umusi mwashats gu classa ab musicien ba politik muramuhamagara murab kwataza mug ub murek turyoherw nabana bacu bashaka kutunezereza urya naw ari kuyindi deal yiw cokimw na bagenzi be, harabo muheruka kwumva???? nimubareke basha barishikiy muyindi domaine, vyoba vyiza tutabavanz nabandi batariko baca amahera acapfuy nkay imigambw!!!
-
zpknho Says:
10 sept 2011à22 h 49 min
romeo bullshit
-
kriss Says:
12 sept 2011à16 h 42 min
g8 dak avk tw « melomane » arko non plus ntiyari kuvga kurya yar gupfuma avyigumiza mwo aho bica vyerekana k ariko ari venta..cté pa necessaire k tmenya la rson ya tumye avamwo…
-
ininahazwe romeo Says:
21 sept 2011à0 h 22 min
biratangaje kubona ukuntu ubujuju buhabwa icubahiro nacane cane mubijanye numuziki mbwira batora umuproducteur bafatiye kuki haaaaaa reka kuba mujana nanjanye kuko kubwanje ahongeza kubona nuko nuwutazi umuziki akaba gusa afise isinzi ryabantu babajama yoba uwambere haaaaa none azobatowe bwamuziki canke bujama ikindi kuberiki mwinyegeza inyuma yubutazirano shirako amazina tuyage tuzinanye kuki mwikika agahumbezi hamaaaaaa kuvyogushira subundabitanguye nkumbure kuribamwe niho mukibimenya menyera ndaarara uwobiteye ikibazo araza tubivugane .canke antaburize niyaba abona bimugeze ahantu .
-
ininahazwe romeo Says:
21 sept 2011à0 h 25 min
merci ntazi
-
ininahazwe romeo Says:
21 sept 2011à7 h 41 min
ariko muratwenza havuye amajambo yubujuju nugutukana birashika mukiyumvira imvonimva igituma canke nakarimi gusa.
-
umunyafrika Says:
23 sept 2011à20 h 15 min
mbega iyo babahaye akaryo muca murengera kumuntu?heba mwiyubahe kuko aho ntaco muterereye nko mu guhora umuntu ivyiyumviro vyiwe.atarakandi mwari muryimaze!!reka tugume mu vyumuziki yamara ntawokwiyobagiza uruhara roméo yagize mu gihe atawabakoreramwo be na jérémie na botchum!kuva mwihiganwa nuburenganzira bwiwe,ntimuce mwikinga uwo mwijima wo kutivuga,hagume ubuntu atakurengera abandi kubera iki
na kiriya
-
blaise Says:
28 sept 2011à11 h 49 min
c’est son choix et son droit mais yari kubigira murupfasoni ntagayane ngo yifate nkumwana kuko umenga aba producteurs bos bo muburundi ntanumw abikwiriy umenga yabagay ko we yoba abasumba gose kuburyo abarengey!sivyiza kuvuga nabi!!!!!!!!!!!!!!!IZO ZIBIKA ZARI AMAGI
-
Vivian Jeancy Says:
08 oct 2011à0 h 50 min
This info is just what i was looking for. It would be excellent to see your write more on this topic…will check back to see
-
Luck Says:
04 nov 2011à23 h 41 min
Cheers pal. I do appreciate the wtrinig.
-
Jaylin Says:
05 nov 2011à3 h 18 min
This piece was ceognt, well-written, and pithy.
-
Summer Says:
05 nov 2011à3 h 41 min
Grazi for mankig it nice and EZ.
-
Kamryn Says:
05 nov 2011à4 h 04 min
I cannot tell a lie, that raelly helped.
-
Kerriann Says:
05 nov 2011à13 h 54 min
Articles like this are an example of quick, helpful asnrwes.
-
Verle Says:
05 nov 2011à15 h 08 min
Well I guess I don’t have to spend the weenked figuring this one out!
-
Chaas Says:
06 nov 2011à1 h 23 min
Until I found this I thought I’d have to spend the day isinde.
-
Liliam Says:
06 nov 2011à13 h 36 min
And to think I was going to talk to someone in poresn about this.
-
Jacklyn Says:
06 nov 2011à14 h 35 min
Hey, you’re the goto epxert. Thanks for hanging out here.
-
Emma Says:
06 nov 2011à18 h 17 min
Posts like this brighten up my day. Thanks for tkiang the time.
-
Vicky Says:
06 nov 2011à22 h 54 min
Kick the tires and light the fires, problem officially sloevd!
-
Aneisha Says:
07 nov 2011à0 h 21 min
Phenomenal breakdown of the topic, you solhud write for me too!
-
Kaiden Says:
07 nov 2011à3 h 33 min
Thanks for the insight. It birgns light into the dark!
-
Finch Says:
07 nov 2011à4 h 36 min
I was seoiursly at DefCon 5 until I saw this post.
-
Bobbie Says:
07 nov 2011à4 h 46 min
You Sir/Madam are the enemy of conufsoin everywhere!
-
Allie Says:
08 nov 2011à4 h 42 min
IJWTS wow! Why can’t I think of tighns like that?
-
Sequoia Says:
08 nov 2011à5 h 25 min
Too many compliments too ltlite space, thanks!
-
Lola Says:
08 nov 2011à5 h 36 min
Yeah, that’s the teickt, sir or ma’am
-
Loryn Says:
08 nov 2011à5 h 42 min
Abslouelty first rate and copper-bottomed, gentlemen!
-
Estella Says:
08 nov 2011à5 h 58 min
The forum is a brighter place thknas to your posts. Thanks!
-
Verle Says:
08 nov 2011à6 h 06 min
Until I found this I thought I’d have to spend the day inisde.
|
[
"fra_Latn",
"fra_Latn",
"unk",
"eng_Latn",
"bam_Latn",
"kin_Latn",
"unk",
"eng_Latn",
"bam_Latn",
"fra_Latn",
"unk",
"eng_Latn",
"bam_Latn",
"run_Latn",
"unk",
"eng_Latn",
"bam_Latn",
"fra_Latn",
"unk",
"eng_Latn",
"bam_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"unk",
"eng_Latn",
"bam_Latn",
"fra_Latn",
"unk",
"eng_Latn",
"bam_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"unk",
"eng_Latn",
"bam_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"unk",
"eng_Latn",
"bam_Latn",
"run_Latn",
"yor_Latn",
"unk",
"eng_Latn",
"bam_Latn",
"fra_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"fra_Latn",
"eng_Latn",
"unk",
"gle_Latn",
"bam_Latn",
"scn_Latn",
"unk",
"eng_Latn",
"bam_Latn",
"fra_Latn",
"unk",
"eng_Latn",
"bam_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"unk",
"eng_Latn",
"bam_Latn",
"run_Latn",
"unk",
"eng_Latn",
"bam_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"unk",
"eng_Latn",
"bam_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"unk",
"eng_Latn",
"bam_Latn",
"run_Latn",
"unk",
"eng_Latn",
"bam_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"unk",
"eng_Latn",
"bam_Latn",
"run_Latn",
"cat_Latn",
"unk",
"eng_Latn",
"bam_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"unk",
"eng_Latn",
"bam_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"unk",
"run_Latn",
"bam_Latn",
"run_Latn",
"unk",
"eng_Latn",
"bam_Latn",
"cjk_Latn",
"unk",
"eng_Latn",
"bam_Latn",
"run_Latn",
"unk",
"eng_Latn",
"bam_Latn",
"run_Latn",
"unk",
"eng_Latn",
"bam_Latn",
"run_Latn",
"unk",
"eng_Latn",
"bam_Latn",
"run_Latn",
"unk",
"eng_Latn",
"bam_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"unk",
"eng_Latn",
"bam_Latn",
"fra_Latn",
"unk",
"eng_Latn",
"bam_Latn",
"run_Latn",
"unk",
"eng_Latn",
"bam_Latn",
"run_Latn",
"unk",
"eng_Latn",
"bam_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"unk",
"eng_Latn",
"bam_Latn",
"run_Latn",
"unk",
"eng_Latn",
"bam_Latn",
"als_Latn",
"unk",
"eng_Latn",
"bam_Latn",
"run_Latn",
"unk",
"eng_Latn",
"bam_Latn",
"run_Latn",
"unk",
"eng_Latn",
"bam_Latn",
"fra_Latn",
"unk",
"eng_Latn",
"bam_Latn",
"run_Latn",
"unk",
"eng_Latn",
"bam_Latn",
"run_Latn",
"kmr_Latn",
"unk",
"eng_Latn",
"bam_Latn",
"run_Latn",
"unk",
"eng_Latn",
"bam_Latn",
"eng_Latn",
"unk",
"eng_Latn",
"bam_Latn",
"eng_Latn",
"unk",
"eng_Latn",
"bam_Latn",
"eng_Latn",
"unk",
"eng_Latn",
"bam_Latn",
"eng_Latn",
"unk",
"eng_Latn",
"bam_Latn",
"eng_Latn",
"unk",
"eng_Latn",
"bam_Latn",
"eng_Latn",
"unk",
"eng_Latn",
"bam_Latn",
"eng_Latn",
"unk",
"eng_Latn",
"bam_Latn",
"eng_Latn",
"unk",
"eng_Latn",
"bam_Latn",
"eng_Latn",
"unk",
"eng_Latn",
"bam_Latn",
"eng_Latn",
"unk",
"eng_Latn",
"bam_Latn",
"eng_Latn",
"unk",
"zho_Hans",
"bam_Latn",
"eng_Latn",
"unk",
"eng_Latn",
"bam_Latn",
"eng_Latn",
"unk",
"eng_Latn",
"bam_Latn",
"eng_Latn",
"unk",
"eng_Latn",
"bam_Latn",
"eng_Latn",
"unk",
"eng_Latn",
"bam_Latn",
"eng_Latn",
"unk",
"eng_Latn",
"bam_Latn",
"eng_Latn",
"unk",
"eng_Latn",
"bam_Latn",
"eng_Latn",
"unk",
"zho_Hans",
"bam_Latn",
"eng_Latn",
"unk",
"eng_Latn",
"bam_Latn",
"eng_Latn",
"unk",
"eng_Latn",
"bam_Latn",
"eng_Latn",
"unk",
"eng_Latn",
"bam_Latn",
"eng_Latn"
] |
allowed
|
b3d06adae677a07d2affdd4167a64db3
|
keep
|
[] |
[
7.4,
8.3,
10,
9.6,
10,
9.3,
9.7,
10,
7
] |
./WIDE-20121107094603-crawl410/WIDE-20121107125855-05278.warc.gz
| 245,118,756 | 17,987 | 96,864 |
http://www.therwandan.com/ki/category/amahanga/
|
text/html
| 2012-11-07T13:39:07 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kik_Latn"
] |
[
0.9362,
0.0638,
0
] |
Amahanga
Obama yongerewe indi myaka ine yo kuyobora Amerika: ese hitezwe iki mu karere k’Ibiyaga bigali?
Obama yongeye guhabwa andi mahirwe yo kuyobora igihugu cy’igihangange cya Let zunze Ubumwe z’Amerika aho atsinze Romney wakomeje kumurya isataburenge ariko abanyamerika baciye urubanza nta yandi mahitamo Romney afite niyikomereze ubuyobozi bw’intara nk’uko byagendekeye Mac Ken kuri manda ishize.
Abakekwaho gusogota umuhungu wa Ntawukuriryayo mu Bubiligi batawe muri yombi
Amakuru atangazwa n’ikiyamakuru izuba rirashe aravuga ko Ambasade y’u Rwanda mu Bubiligi itangaza ko Polisi yo muri icyo gihugu imaze guta muri yombi abantu babiri bakekwaho gutera icyuma umuhungu wa Perezida wa Sena y’u Rwanda witwa Roger Ntawukuriryayo.
Mushuti wa Kagame, Perezida Yayi Boni yararusimbutse
Abantu batatu bari hafi ya Boni Yayi, Perezida w’igihugu cya Bénin batawe muri yombi kuri iki cyumweru bazira gushaka kumuroga, ibyo biremezwa n’umushinjacyaha wa Repubulika muri Bénin.
U Bubiligi rwanze gutorera u Rwanda kujya mu nama y’umutekano ya ONU
N’uko tubikesha ibiro ntaramakuru by’ababirigi Belga, igihugu cy’u Bubiligi cyarifashe kuri uyu wa kane tariki ya 18 Ukwakira 2012, ubwo u Rwanda rwatorerwaga kujya mu nama y’umuryango w’abibumbye ishinzwe amahoro w’isi mu cyicaro kidahoraho ruzamaramo imyaka 2 ni ukuvuga 2013/2014.
Umugore wa Meles Zenawi yanze kuva mu nzu iturwamo na ba Ministre b’intebe muri Etiyopiya
Amakuru atangazwa n’urubuga Africa Review aravuga ko amakuru urwo rubuga rwakuye mu bari muri Leta muri Etiyopiya avuga ko Azeb Mesfin, umugore w’uwahoze ari Ministre w’intebe wa Etiyopiya, Meles Zenawi umaze iminsi yitabye Imana azize uburwayi, yanze kuva mu nzu ubundi iturwamo na Ministre w’intebe ngo ajye gutura mu yindi nzu nayo yaba ifite umuteano uhagije.
|
[
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
97b296debcd81473da09dbc6a84b49b6
|
keep
|
[] |
[
6.5,
8,
10,
10,
9.8,
10,
10,
2,
0
] |
./WIDE-20120919005050-crawl417/WIDE-20120919183759-00008.warc.gz
| 233,476,081 | 7,428 | 31,810 |
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1209180325
|
text/html
| 2012-09-19T18:54:39 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] |
[
0.9969,
0.0031,
0
] |
Rayon Sports irasubira ku ivuko i Nyanza kuri uyu wa kabiri
Ahagana ku isaha ya saa tanu kuri uyu wa kabiri taliki ya 18 Nzeli 2012, ikipe ya Rayon Sports irasubira ku ivuko i Nyanza. ni nyuma y’imyaka 26 yose yari imaze ibarizwa mu mujyi wa Kigali, Rayon Sports yahagiriye ibihe byiza byinshi uretse ko mu myaka ishize itari igikoza intoki ku bikombe.
Guterwa inkunga n’akarere ka Nyanza nibyo byabaye imbarutso yo gusubira ku ivuko. Ibibazo by’amikoro byari byarayizonze biri mu nzira zo gukemuka dore ko uyu mwaka abaterankunga barenze umwe batanga ikizere.
Rayon Sports iranyura Nyabugogo isezere abafana bayo bo mu mujyi wa Kigali izajya igaruka ije gukina gusa. Iyi kipe kandi irateganya guhagarara Muhanga no mu Ruhango isuhuza abafana bayo bo mu Majyepfo.
Mu birori bikomeye yateguriwe i Nyanza n’abakunzi bayo bishimiye igaruka ry’ikipe yabo dore ko ari naho ikomoka, abafana ba Rayon Sports bateranyije amafaranga yo kuyakira.
Rayon Sports ifite abafana benshi kurusha andi makipe ni imwe mu makipe afite amateka n’ibikombe bya shampiyona byinshi kuva yashingwa, icyo iheruka yagitwaye mu mwaka 2004.
Iyi kipe iri kwiyubaka mu mikino imaze gukina yo kumenyereza abakinnyi iratanga icyizere cyo guhatanira ibikombe uyu mwaka.
Abakunzi bayo musabwe kuyiherekeza no kuyakira !
Rutaganda Ponny.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"scn_Latn"
] |
allowed
|
1748aed7891d4ce9c09e76fbc5c5d3a3
|
keep
|
[] |
[
6.7,
8.3,
10,
10,
10,
10,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20120919005050-crawl417/WIDE-20120919183759-00008.warc.gz
| 454,811,380 | 7,371 | 31,128 |
http://inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1209150340
|
text/html
| 2012-09-19T19:08:47 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kik_Latn"
] |
[
0.9891,
0.0109,
0
] |
AgDF: Rayon Sports na Mukura VS nizo zageze ku mukino wa nyuma
Irushanwa Agaciro developmeny Fund ryitabiriwe n’amakipe icumi yo mu cyiciro cya mbere mu mupira w’amaguru rigeze ku musozo. Nyuma y’imikino ya 1/2 yabaye kuri uyu wa gatandatu, ikipe ya Rayon Sports na Mukura VS nizo zageze ku mukino wa nyuma.
Sina Jerome wa Rayon.
Mu gihe indi mikino yabanje ibitego byari byarumbye ndetse imikino ibiri ikarangira hitabajwe penaliti, Rayon Sport yanyagiye Amagaju ibitego 6-1 mu mukino wa 1/2 .
Ibitego bya Rayon Sports byatsinzwe Papy Kamanzi na Sina Jerome binjije bibiri ibindi bitsindwa na Hategekimana Aphrodise bakunze kwita Kanombe hamwe na Ndayisenga Fuadi.
Umukino wahuje Mukura VS na Kiyovu Sports warangiye ari igitego 1-0 cyatsinzwe na Bertrand Yusa umukinnyi mushya wa Mukura VS ukomeka muri Kameruni.
Tubibutse amakipe nka Police FC na APR FC zavuye rugikubita zisezerewe ku mapenaliti na Musanze FC hamwe n’Amagaju FC.
Umukino wa nyuma uteganyijwe kuri iki cyumweru taliki 16 Nzeli 2012 kuri Stade Amahoro ku isaha ya saa cyenda, ni mu rwego rwo gukusanya amafaranga azajya mu kigega cya Reta Agaciro Development Fund.
Rutaganda Ponny.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"bam_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"scn_Latn"
] |
allowed
|
a9d366d1a28e29f15decc765049a1fdd
|
keep
|
[] |
[
6.6,
8.2,
10,
10,
10,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121004113941-crawl335/WIDE-20121004120408-01353.warc.gz
| 124,036,977 | 10,650 | 47,922 |
http://ruhagoyacu.com/spip.php?article4437
|
text/html
| 2012-10-04T12:06:04 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] |
[
0.9742,
0.0258,
0
] |
Uburyohe bw’ikinyobwa cya Pepsi bwatumye umukinnyi ukomoka muri Brazil Ronaldinho Gaucho atakaza ama miliyoni ubwo kampuni ya Coca-Cola yahagarikaga amasezerano yari afitanye nayo yo kuyikorera amatangazo nyuma yaho bamuvumbuye arimo anywa Pepsi.
Uyu mukinnyi wa kera w’ikipe ya Barcelona watangazaga ikinyobwa cya Coca-Cola yagaragaye arimwo yinywera Pepsi mu kiganiro n’abanyamakuru, bituma Coca-Cola irakara isesa amasezerano bari bafitanye.
Kugaragara anywa Pepsi mu gihe atangaza Coca-Cola, abantu bazamwumva gute mu gihe kampuni zikora ibyo binyobwa zihanganye ku isoko, ibyo ni ibyatangajwe nuhagarariye amasoko muri Coca-Cola Marcelo Pontes.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn"
] |
allowed
|
9cbe7f09ee4121964bea4146bebe3fce
|
keep
|
[] |
[
5.5,
6.9,
10,
10,
10,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121004113941-crawl335/WIDE-20121004120408-01353.warc.gz
| 155,329,852 | 11,525 | 49,957 |
http://ruhagoyacu.com/spip.php?article4657
|
text/html
| 2012-10-04T12:06:45 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"swh_Latn"
] |
[
0.9577,
0.0423,
0
] |
Kuri iki cyumweru tariki ya 12/08/12 nibwo mu mujyi wa Londo hasojwe imikino ya Olympic yaberaga muri uyu mujyi kuva tariki ya 27/07/12 uyu mwaka aho abarushanwaga bose babashije kwiyerekana berekana ubuhangange bwabo mubyo bari bashoboye.
Kuruhande rw’u Rwanda kuri uyu munsi wanyuma umunyarwanda usiganwa ku magare ariwe Niyonshuti Adrien yabashije kurangiza isiganwa ryo kwirukanka ku magare mountain bike aho yabashije kuba uwa 39 muri 40 barangije irushanwa mu gihe Mvuyekure Jean Pierre we yabaye uwa 79 muri 85 barangije irushanwa.
Uretse aba basore bari bahagarariye u Rwanda , ntamunyarwanda numwe wabashije kwegukana umudali mu gihe South Africa ariyo yegukanye imidali myinshi muri Africa aho yazanye imidali 6 harimo 3 ya zahabu.
Igihugu cya Uganda nacyo cyabashije kwegukana umudali umwe ariwo wa zahabu , uyu ukaba ubaye umudali wakabiri mu mateka ya Uganda.
Igihugu cya Kenya nicyo kitahiriwe dore ko cyari kimenyerewe kuzna imidali myinshi mu kwiruka ariko ubu cyikaba cyazanye imidali 11 harimo 2 ya zahabu gusa.
Muri rusange Leta Zunze ubumwe z’Amerika nizo zegukanye imidali myinshi aho zegukanye imidali 104 harimo 46 ya zahabu , Ubushinwa ku mwanya wa kabiri n’imidali 87 hrimo 38 ya zahabu mu gihe Great Britain yaje ku mwanya wa gatatu n’imidali 65 harimo imidali 29 ya zahabu.
Ibirori byo gusoza aya marushanwa byagaragayemo ibihange muri muzika nka Spice Girls hamwe na Emeli Sande basanzwe bazwi mu rwego mpuzamahanga.
Muri aya marushanwa Mo Farah wari uhagarariye TB yabashije kwigaragaza mu gihe kurundi ruhane abakunzi b’imikino babashije kubona umu nya Jamaica Usain Bolt abica bigacika kugeza ubu akaba atarasigwa aho yongeye kwesa undi muhigo muri metero 100 na 400 bahererekanya inkoni.
Si abo bonyine bigaragaje kuko no muri Volleyball ikipe ya Brazil yatunguwe itsindwa n’Uburusiya ibura umudali wa zabahu nkuko byagendekeye ikipe y’umupira w’amaguru yatsinzwe na Mexico kubintu bitunguranye.
Mu mukino w’intoki ikipe y’abahungu n’abakobwa ya USA zabashije kwegukana umudali wa zahabu ibintu byari byitezwe mbere yuko imikino itangira.
Mu bakinnyi bo mukarere Stephen Kiprotich ukomoka muri Uganda niwe wabashije kwegukana umudali wa Zahabu nyuma yo gutsinda marathon (2:08:01).
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
40e1a0d8d1a7667358d5df4c1b1fd2ca
|
keep
|
[] |
[
6,
7.5,
10,
10,
10,
9.7,
10,
2,
0
] |
./WIDE-20121004113941-crawl335/WIDE-20121004120408-01353.warc.gz
| 195,792,003 | 10,993 | 49,030 |
http://ruhagoyacu.com/spip.php?article4451
|
text/html
| 2012-10-04T12:07:25 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"swh_Latn"
] |
[
0.9981,
0.0019,
0
] |
Rutahizamu ukomoka mu gihugu cya Ivory Coast Didier Drogba kuri ubu arabarizwa mu ikipe ya Shanghai Shenhua nyuma yo kugera mubushinwa aho azakinira iyi kipe mu gihe kingana n’imyaka 2 n’igice.
Shanghai Shenhua ni ikipe idahagaze neza na gato muri shampiyona ikaba itozwa na Sergio Batista aho kandi Drogba azajya akinana na Nicolas Anelka bakinanaga muri Chelsea mu Bwongereza.
Drogba akigera mu Bushinwa yakiriwe n’abantu benshi cyane bari bamwishimiye kandi bamwereka ko bamwishimiye abenshi bakaba bari abafana ba Sergio Batista.
Drogba uzajya uhembwa £270,000 ku cyumweru yatangaje ko atazanywe n’amafaranga mu bushinwa ahubwo aje kubera perezida w’ikipe yanyegereye akanyereka umushinga aftiye ikipe ye nkawishimira.
Si Drogba wamenyekanye cyane muri ruhago uri kubarizwa mu bushinwa kuko na Marcello Lippi wahesheje Ubutaliyani igikombe cy’isi ubu atoza ikipe ya Guangzhou.
Drogba akaba asanze ikipe ya Shanghai Shenhua ihagaze ku mwanya wa 13 muri shampiyona aho agomba kuyifasha kwitwara neza ikazamuka kurutonde rwa shampiyona.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
c4badd4eb908ca6e687a8a2ab73dc14a
|
keep
|
[] |
[
8,
10,
10,
10,
10,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121004113941-crawl335/WIDE-20121004120408-01353.warc.gz
| 202,351,647 | 11,033 | 49,161 |
http://ruhagoyacu.com/spip.php?article4610
|
text/html
| 2012-10-04T12:07:29 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] |
[
0.9963,
0.0037,
0
] |
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi FIFA riratangaza ko ntabushakashatsi bwimbitse buri gukorwa ku mikino y’igikombe cy’isi giherutse mu mwaka wa 2010 nkuko byaraye bitangajwe n’umwe mu bahoze ari abakozi ba FIFA.
Aganira n’imwe mu mateleviziyo yo kumugabane w’Iburayi , Chris Eaton yatangaje ko umukino wahuzaga ikipe ya Nigeria na Greece waba wari waguzwe kuburyo bw’ibanga nkuko bitangazwa na Chris Eaton.
Chris Eaton akaba kandi yakomeje avuga ko hari n’indi mikino yaguzwe kandi izwi. Ibi ariko bikaba bihakanwa na FIFA mu gihe kuruhande rwa UEFA ho bakomeje gushakisha amakuru ahagije mu mikino ya UEFA Champion League uyu mwaka mu ijonjora ry’ibanze.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
97b0fbdfbcaed5dfac14d0d5aeccb6f2
|
keep
|
[] |
[
7.5,
10,
10,
10,
9.4,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121004113941-crawl335/WIDE-20121004120408-01353.warc.gz
| 239,596,573 | 12,206 | 52,069 |
http://ruhagoyacu.com/spip.php?article3986
|
text/html
| 2012-10-04T12:08:21 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] |
[
0.8892,
0.1108,
0
] |
Ukubura k’umuyobozi wa tekiniki bikomeje kundindiza iterambere ry’umupira mu Rwanda, ndetse FIFA ibishingiraho ihagarika imfashanyo.
Kuva mu 2008, Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ntirikozwa kugena umuyobozi ushinzwe ibya tekiniki muri iryo shyirahamwe. Ndetse abasesenguzi, mu mpaka za buri munsi, bakaba binubira iyo myitwrire ikomeje kudindiza ruhago y’u Rwanda.
Ijisho rya Ruhago ryongeye gutera akajisho ku bintu by’ibanze bikomeje kwangirika kubera kutagira uyu muyobozi. Dore ko bimwe byagarutsweho ubwo Jean Michel Benezet umujyanama wa tekiniki mu ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi (FIFA), yasuraga FERWAFA mu byumweru bibiri bishize. Ndetse agataha adusigiye inkuru mbi, y’uko u Rwanda rutakibarizwa mu bihugu biterwa inkunga n’ikigega cya FIFA “The Financial Assistance Programme” (FAP).
Mu mwaka 2007, Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru m’Ubudage rubinyujije mu bufatanye na FERWAFA, ryatanze Michael Weis ngo abe umuyobozi w’ibya tekiniki muri FERWAFA. Gusa, ntiyacanye uwaka n’ingoma ya Brig General Kazura Jean Bosco. Nyuma yo kumuha akato, uyu mwanya ntiwitaweho.
Bamwe mu basesenguzi bakemeza ko inshingano zawo, zikumira amwe mu manyanga akorerwa muri FERWAFA. Urugero n’inkishyirwaho ry’ikipe Isonga FC ndetse no kuyishyira mu kiciro cya mbere mu buryo budasobanutse. Benezet nawe yarabinenze, cyane ko yagaragaje ko abana bakwiye kugurishwa na FERWAFA bityo hakaboneka ubushobozi bwo kurengera ishuri ry’umupira kuri ubu riri mu mazi abira.
Mu mwaka 2009, abana batarengeje imyaka 15 ba mbere, bari binjiye mu ishuri ry’umupira rya FERWAFA ku gihe cy’imyaka 3; ndetse twese tuzi umusaruro mwiza w’aba bana. Nyamara ariko, ikiciro gikurikira na n’ubu ntikirakandagiza ikirenge mu nyubakwa ziri shuri, kubera ukutagira umurongo ngenderwaho mu gukurikirana aba bana. Akazi kagenewe ushinzwe ibya tekiniki muri FERWAFA.
Ikindi gikomeje gushyushya imitwe y’abakunzi ba ruhago, ni shampiyona z’ibyiciro byose zisa nka baringa. Hashize imyaka itari mike, zirangwa n’igura/gurisha rinyuranyije n’amategeko, ruswa, ukutubahiriza gahunda y’imikino, n’ibindi binyuranye, byose bikaba byonona iterambere ry’umupira wacu. Abasesenguzi bahamya ko uyu muyobozi wa tekiniki ahari, shampiyona yafata indi sura, bityo igafasha amakipe n’abakinnyi kwiyubaka, banubaka AMAVUBI atandukanye ku byiciro byose.
Mu mwaka 2007, FERWAFA yemeje ingamba zagenderwaho mu gutoranya uyu muyobozi. Ariko kandi, ntizanyuze benshi cyane ko zisa nk’izikumira abanyarwanda guhatanira uyu mwanya. Mu gihe rero FIFA y’awugize kamara kugirango u Rwanda rube rwabona ifashanyo, haribazwa uko biraza kugenda, bityo n’abanyarwanda babishoboye babone uko bawuhatanira … tubitege amaso!
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
e14334af848fb25dda3d0c72e98bc580
|
keep
|
[] |
[
6.8,
8.6,
10,
9.6,
9.6,
10,
10,
5,
0
] |
./WIDE-20121004113941-crawl335/WIDE-20121004120408-01353.warc.gz
| 246,625,679 | 12,495 | 53,460 |
http://ruhagoyacu.com/spip.php?article3378
|
text/html
| 2012-10-04T12:08:30 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"tat_Cyrl"
] |
[
0.9758,
0.0242,
0
] |
Joe
Umunyamabanga Mukuru wa FERWAFA Michel Gasingwa kuri uyu wa mbere tariki ya 9/01/2012 yumvikanye kuri radio Isango Star ahakana itegeko rya FIFA rigena uburyo abakinnyi bahindura ubwenegihugu, mu gihe baba bashaka kugira ibindi bihugu bakinira.
SG wa Ferwafa
Iki ni ikibazo kimaze iminsi kibazwa na benshi mu bakurikiranira hafi umupira w’amaguru muri Africa na hano mu Rwanda aho gikomeje guteza ibibazo hirya no hino ku makipe atandukanye.
Kuri ubu iri tegeko turi buze kurebera hamwe rikaba riri kugonga igihugu cya Burukina Faso kubera umukinnyi cyakinishije adafite ibyemezo nkuko ikirego cya Namibia kibitangaza. Iki kibazo kikaba kigeze kure kuko cyagejwejwe imbere ya TAS ( Urukiko ruca imanza za sport ).
Benshi mu basesengura umupira wacu hano mu Rwanda bakaba babona iki kibazo gishobora kuzagonga Amavubi mu minsi iri imbere niharamuka hashyizwemo abakinnyi b’abanyamahanga ku buryo bunyuranyije n’amategeko.
Ni muri urwo rwego RuhagoYacu yashatse kumenya icyo amategeko avuga nubwo Umunyamabanga wa Ferwafa yabihakanye.
Mu mategeko agenga ruhago yashyizweho na FIFA hari itegeko rigenga abakinnyi b’abanyamahanga kuri buri federation aho FIFA igena uburyo abakinnyi bashobora guhindura ibihugu bashobora kuba bakinira nuburyo byakorwamo.
Ibi byose FIFA ikaba yarabishyizeho mu rwego rwo kugabanya akavuyo n’impaka ndende zari zaraburiwe umuti aho abakinnyi bagendaga bahindura ibihugu uko bishakiye, bakanakinira ibihugu bibiri . Ibintu byatezaga amakimbirane y’urudaca.
Mu bakinnyi bagiye bahindura ibihugu baramaze gukinira ibihugu byabo twavuga abamenyekanye cyane nka Di Stefano wakiniye Argentina na Spain , Jose Altafini wakiniye Brazil na Italy hamwe n’abandi benshi. FIFA yaje gushyiraho itegeko ribuza abakinnyi gukinira ibihugu bibiri , ibi bikaba byaravugaga ko igihugu umukinnyi akiniye bwambere kiba ari icyo adashobora guhindura. Ibi byakomeje guteza ikibazo kuko bimwe mu bihugu nk´Ubufaransa byabyungukiyemo cyane.
Mu mwaka w´2004 iri tegeko ryaje guhindurwa maze FIFA yemerera abakinnyi gukinira igihugu kimwe bakiri abana bakaba banahindura bamaze gukura , ibi FIFA yabikoze nyuma yaho hari abakinnyi benshi bakomoka muri Africa basabaga kuza gukinira ibihugu bakomokamo ariko baramaze gukinira Ubufaransa mu ngimbi. Ibi bikaba bigomba gukorwa mbere yuko yuzuza imyaka 21.
Ibi byatumye bamwe mu bakinnyi nka Antar Yahia wakiniye Fance U18 abona uburenganzira bwo gukinira Algeria.
Iri tegeko rikimara kujyaho ibihugu nka Quatar na Togo byahise byirukankira muri Brazil mu rwego rwo kuzana abakinnyi ngo babashe kongerwa mu ikipe z’ibihugu zabyo kuko babonaga aribo bashoboye. Aha FIFA muri Werurwe mu mwaka wa 2004 , yavuguruye itegeko rigenga abakinnyi bahindura ibihugu byabo n’uburyo bashobora kubikinira.
Iri tegeko rishya rikaba ryaravugaga ko umukinnyi ushaka guhindura igihugu agomba kuba afite aho ahuriye n’igihugu gishya agiye gukinira aho byibuze umubyeyi we umwe agomba kuba yaravukiye muri icyo gihugu cyangwa akaba amaze imyaka 2 aba muri icyo gihugu.
Ibi bikaba byarakozwe mu rwego rwo kugabanya akavuyo amwe mu makipe yari atangiye gukora ko gushakisha abakinnyi bakomoka mu bindi bihugu ariko batabonye amahirwe yo kubikinira.
Itegeko rigenga umukinnyi ugiye gukinira igihugu runaka
Mu mwaka w’2009 FIFA yakuyeho itegeko rirebana n’imyaka umukinnyi ashobora guhindura igihugu yaba yakinira , aha bikaba bitabangamiye amategeko yari asanzwe ariho.
FIFA kandi yashyizeho uburyo umukinnyi ashobora kubona ubwenegihugu.
FIFA ivuga ko umukinnyi utarigeze akina umukino mpuzamahanga n’igihugu cye ashobora guhindura ubwenegihugu niba :
Ugendeye kuri izi ngingo usanga hari inshuro nyinshi amategeko yagiye yirengangizwa abakinnyi bagahabwa ibyangombwa bitandukanye n’amategeko ya FIFA ikintu cyakomeje kuzambya umupira hano mu Rwanda no muri Africa muri rusange.
Mu gihe Amavubi akomeje kwitegura umukino wa Nigeria aho umutoza Micho akomeje kugenda agaragara hirya no hino avugana n’abakinnyi bamwe na bamwe b’abanyamahanga haribazwa niba amategeko azarengwaho ntibigire inkurikizi ku ikipe y’igihugu Amavubi.
Ese FERWAFA ihakana ko ayo mategeko atabaho yo izabyitwaramo ite ? reka tubitege amaso …!
|
[
"zho_Hans",
"run_Latn",
"kab_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn"
] |
allowed
|
576a9ad2f724fb4b658e3f29ee324cc7
|
keep
|
[] |
[
5.9,
7,
10,
10,
10,
10,
10,
3,
0
] |
./WIDE-20121113152320-crawl421/WIDE-20121113161803-00065.warc.gz
| 339,466,410 | 4,928 | 14,183 |
http://www.ferwafa.rw/competitions/first-division/2581-rayon-sport-ikomeje-gutsindwa
|
text/html
| 2012-11-13T16:42:37 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kik_Latn"
] |
[
0.9882,
0.0118,
0
] |
Rayon Sport ikomeje gutsindwa
- Sunday, 30 September 2012
- Written by Webmaster
Ikipe ya Rayon Sport niyorohewe muri uyu mwaka wa shampiyona ya 2012/13. Ku munsi wa gatatu wa shampiyona, Rayon Sport yatsinzwe na La Jeunesse 1-0 iwayo I Nyanza tariki ya 30/09/2012.
Umukinnyi Kaka Masudi niwe watsindiye La Jeunesse igitego kimwe rukumbi cyabonetse muri uyu mukino bityo bikaba bivuze yuko Rayon Sport imaze kugeza imikino itatu itarabona inota na rimwe kandi ikaba imfite umwenda w’ibitego bine kugeza ubu.
Mu yindi mikino yakinywe kuri iki cyumweru, Musanze yihereranye AS Muhanga maze iyitsinda ibitego 2-0 ku Kicukiro. Iyi tsinzi yafashije Musanze kuzamuka ku mwanya wa gatatu wa shampiyona n’amanota 7.
I Rubavu, Espoir nayo yibitseho amanita atatu nyuma yo gutsinda Etincelles 2-1 naho Marines yo yongeye gutsindwa umukino wayo wa gatatu muri iyi shampiyona. Marines yatsinzwe na Mukura 1-0 kuri sitade Kamena.
Kuri sitade Mumena, Isonga yanyagiye Amagaju 3-1. Ibitego by’Isonga byatsinzwe na Justin Mico, Kakira Sulaiman hamwe na Bertrand Iradukunda.
Ku wa gatandatu, SC Kiyovu yatsinze AS Kigali 1-0 maze ihita ifata umwanya wa mbere ku rutonde rwa shampiyona y’icyiciro cya mbere n’amanota icyenda mu mikino itatu.
Igitego rukumbi cya SC Kiyovu cya tsinzwe na Bokota Labama ku munota wa 20 ku mukino wa bereye kuri Sitade Mumena kuri uyu wa gatandatu.
Ntaho kuri Sitade Amahoro, APR FC yanganyije na Police FC 1-1. Jean Claude Iranzi niwe wabanje kureba mw’izamu rya Police nyuma yahoo arekuriye ishoti rikomeye cyane ku munota wa 17 hanyuma Eric Ndahayo aza ku kishura habura iminota mice ngo umukino urangiye.
APR yagumye ku mwanya wa kabiri n’amanota 7 naho Police ifite amanota 5 ku mwanya wa gatandatu.
Uko umunsi wa gatatu wageze muri rusange:
29/09/2012
SC Kiyovu 1-0 AS Kigali
APR 1-1 Police
30/09/2012
Mukura 1-0 Marines
Rayon Sport 0-1 La Jeunesse
Isonga 3-1 Amagaju
Etincelles 1-2 Espoir
Muhanga 0-2 Musanze
|
[
"run_Latn",
"eng_Latn",
"eng_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"unk",
"por_Latn",
"zho_Hant",
"unk",
"run_Latn",
"fra_Latn",
"kin_Latn",
"fra_Latn",
"kin_Latn"
] |
allowed
|
a55b5e70f7ef42d4a565f89f13dfa4ef
|
keep
|
[] |
[
6.6,
8.9,
10,
10,
10,
9.2,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121004110040-crawl335/WIDE-20121004112157-01346.warc.gz
| 166,785,036 | 11,949 | 52,592 |
http://ruhagoyacu.com/spip.php?article4388
|
text/html
| 2012-10-04T11:24:41 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] |
[
0.9867,
0.0133,
0
] |
Bamwe bemezaga ko ikipe ya Spain ikina umupira utanogeye ijisho kubera uburyo bahanahana ntibabashe kureba mu izamu uko bikwiye , ibintu byaranze iyi kipe muri iri rushanwa ariko birangiye isize isomo ko ari imwe mu makipe akomeye yabayeho mu mateka y’isi n’Uburayi.
Kuri stade ya Olympic Stadium i Kiev, ikipe ya Spain yerekanye ko ikomeye ubwo yagumanaga igikombe cya Euro yari isanzwe ifite nyuma yo gutsinda Italy ku bitego 4 ku busa mu mukino ikipe ya Italy yarushijwe ku buryo bugaragara.
David Silva niwe wafunguye amazamu nyuma yaho Jordi Alba nawe atsindiye igitego cya kabiri maze amakipe yombi ajya kuruhuka ari ibitego 2 ku busa.
Mu gice cya kabiri ikipe ya Italy yagerageje guhindura byinshi ariko ntibyayihiriye nyuma yaho Thiago Motta wari uje asimbuye yaje gusohoka mu kibuga kubera imvune.
Ibibazo byahise byiyongera kuri Cesare Prandelli n’abasore be dore nyuma yaho Torres na Mata baje basoza ibirori kuruhande rwa Spain mu gihe byari agahinda kuri Italy.
Nyuma y’uyu mukino umutoza wa Spain Del Bosque akaba yakoze amateka aho yahise aba umutoza wambere wegukanye ibikombe bitatu bikomeye ku rwego rw’isi aribyo UEFA Champion League, Igikomge cy’isi n’icya Euro.
Kurundi ruhande Torres akaba abaye umukinnyi wambere utsinze ibitego muri final 2 zikurikirana za Euro, akaba arinawe urangije afite ibitego byinshi mu ikipe ya Spain aho yatsinze 3.
Ibyatangajwe nyuma y’umukino:
Cesare Prandelli — Umutoza w’Ubutaliyani :
Twagerageje nubwo tutari duhagaze neza physical ariko twahuye nikipe iturusha. Hari byinshi tugezeho ariko turacyafite byinshi byo gukora.
Del Bosque — Umutoza wa Spain :
Ni byiza ko dutwaye igikombe, kubwanjye ndumva nzakomeza kwigisha aba basore banjye uko bitwara neza kandi ubu tugiye gutegura uko imikino y’amajonjora y’igikombe cy’isi.
Agashya :
Abakinnyi : Iker Casillas, Sergio Ramos, Andres Iniesta na Xavi nibo bigaragaje mu mikino 3 ya final ikipe ya Spain yakinnye yose yo kurwego mpuzamahanga itwara ibikombe ariyo ienna, Johannesburg na Ukraine aho Spain yandikiye amateka atarakorwa.
Fernando Torres niwe uhawe inkweto ya zahabu nyuma yo gutsinda ibitego 3 muri iri rushanwa.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"sot_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
eaecb6ee7dc695b4ab2c20fbb882589a
|
keep
|
[] |
[
6.2,
7.6,
10,
10,
10,
10,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121004110040-crawl335/WIDE-20121004112157-01346.warc.gz
| 210,615,795 | 10,926 | 49,166 |
http://ruhagoyacu.com/spip.php?article4363
|
text/html
| 2012-10-04T11:26:42 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] |
[
0.9375,
0.0626,
0
] |
Mario Balotelli yongeye kwiyerekana ubwo yatsindaga ibitego 2 byatumye Ubutaliyani busezerera Ubudage muri 1/2 cya Euro 2012 ku bitego 2 kuri 1.
Nni umukino amakipe yombi yasaga nkayakaniye gusa ikipe y’Ubudage yaje kwibura mu kibuga kugeza aho byagaragariye buri wese ko irushwa hagati mu kibuga n’Ubutaliyani.
Ibitego bibiri bya Balotelli mu gice cya mbere ntibyoroheye Ubudage kuko bwakoze iyo bwabaga ariko bikaba iby’ubusa kugeza ku munota wanyuma ubwo Ozil yatsindaga penaliti ariko itagize icyo ihindura cyane kuko Ubudage bwahise busezererwa.
Kuri iki cyumweru tariki ya 1/07/2012 , Spain yasezereye Portugal izacakirana n’Ubutaliyani , amakipe yombi yari mu itsinda rimwe aho yari yanganyije kimwe kuri kimwe mu mukino wayahuje.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
6a32cbcc81e1b013037634384de71480
|
keep
|
[] |
[
5.1,
6.6,
10,
10,
10,
9.7,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121004110040-crawl335/WIDE-20121004112157-01346.warc.gz
| 520,227,055 | 12,087 | 54,129 |
http://ruhagoyacu.com/spip.php?article731
|
text/html
| 2012-10-04T11:35:35 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] |
[
0.9575,
0.0425,
0
] |
Ruhagoyacu yabashije kuganira na Bonfils Kabanda umwana wigaragaje mu mikino ya nyuma y’igikombe cy’Afurika cy’abari munsi y’imyaka 17, imikino u Rwanda rwabashije kugera ku mukino wa nyuma, iyo kipe ikaba izanitabira imikino y’igikombe cy’isi kunshuro ya mbere mu mateka mu mupira w’amaguru mu Rwanda, dore bimwe mubyo yadutangarije.
Nancy
Ruhagoyacu: Watangira utwibwira?
Bonfils Kabanda Bf : Nitwa Bonfils Kabanda
Ruhagoyacu: Kabanda Bonfils wavukiye he? ryari?
Bonfils Kabanda Bf:Navukiye i Kigali tariki ya 18/09/1994
Ruhagoyacu: wagiyemu gihugu cy’Ubufaransa ryali ?
Bonfils Kabanda Bf: Nagiye mu gihugu cy’Ubufaransa kuva mu mwaka w’2004.
Ruhagoyacu: Ese waba waratangiye gukina ruhago( umupira w’amaguru ) ryali ?
Bonfils Kabanda Bf: Natangiye gukina umupira nkiri umwana muto cyane
Ruhagoyacu:Mbere yo kwerekeza mu gihugu cy’Ubufaransa waba warakiniraga he ?
Bonfils Kabanda Bf: Nakiniraga ku Mumena.
Ruhagoyacu: Ese ukugera mu Bufaransa wakiniraga he ?
Bonfils Kabanda Bf: Nahereye mu ikipe yo mu gace nari ntuyemo mbere yo kwerekeza muri Nancy mu mwaka w’2007.
Ruhagoyacu: Nkuko umaze kubidutanagriza wabanje gukina mu ikiep y’agace wari utuyemo , ese iyo kipe yitwa gute ?
Bonfils Kabanda Bf:Ikipe nakinagamo yitwa Epinal nkaba narayimazemo imyaka 3. Ubu nkaba nkina mu ikipe ya Nancy aho ndi muri centre de formation yayo.
Ruhagoyacu:Ese kubwawe ubona muri iyo centre de formation ya Nancy umerewe ute ?
Bonfils Kabanda Bf: Mu ikipe ya Nancy merewe neza cyane.
Ruhagoyacu: Ese abakinnyi bandi mukinna b’abanyafurika mu ikipe ya Nancy bakomoka mu bihe bihugu ?
Bonfils Kabanda Bf : Abakinnyi dukinana bakomoka mu bihugu nka Senegal, Mali, Cameroun na Congo
Ruhagoyacu: Ese bwa mbere ukimenya ko ikipe y’igihugu y’U Rwanda y’abakinnyi bari munsi y’imyaka 17 igushaka wabyakiriye ute? ababyeyi se bo babyakiriye gute?
Bonfils Kabanda Bf:Kubwanye byarantangaje cyane ariko ndabyishimira , Ababyeyi banjye bo bambajije niba nshaka kuza gukinira u Rwanda mbabwira ko mbishaka.
Ruhagoyacu: Ese ni nde wakumenyesheje ko u Rwanda rushaka ko urukinira ?
Bonfils Kabanda Bf: Ni Coach wahamagaye ikipe ya Nancy nabo barabimenyesha.
Ruhagoyacu: Ukimara kubwirwa n’umubyeyi wawe ko wifuzwa n’ikipe y’igihugu y’u Rwanda wigeze ujijinganya ?
Bonfils Kabanda Bf: Oya ,Ntanubwo nigeze byibazaho kuko nkunda u Rwanda.
Ruhagoyacu: Ukigera muri Tunisia usanze abandi bakinnyi mu myitozo wumvishe umeze gute?
Bonfils Kabanda Bf: Numvise meze neza cyane bituma nanjye ngira ubushake bwo gukinana nabo.
Ikiganiro cya ruhagoyacu hamwe na Bonfils Kabanda Bf, kizakomeza mu gice cyayo cya kabiri.
Twagerageje no kumubaza icyo Bf isobanura adutangariza ko ari Bonfils.
N Madjaliwa
|
[
"run_Latn",
"zho_Hans",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"swh_Latn"
] |
allowed
|
c8a480309595f2ccf81547e662dfddf1
|
keep
|
[] |
[
5.7,
7.2,
10,
9.7,
10,
10,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121004110040-crawl335/WIDE-20121004112157-01346.warc.gz
| 583,837,336 | 13,562 | 57,816 |
http://ruhagoyacu.com/spip.php?article2659
|
text/html
| 2012-10-04T11:36:38 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] |
[
0.9715,
0.0285,
0
] |
RuhagoYacu Team
Tour du Rwanda ni irushanwa ngarukamwaka ryo gusiganwa ku magare, rikorwa rizenguruka u Rwanda mu byiciro bitandukanye. Rikaba ryaratangiye mu 1988.
Tour du Rwanda itegurwa n’Ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare mu Rwanda (FERWACY). Mu mwaka 2009 ryashyizwe kuri gahunda y’amasiganwa mpuzamahanga abera ku mugabane wa Afurika.
Amavu n’ amavuko ya Tour du Rwanda.
Mu myaka ya 1970 mu Rwanda haberaga imikino yo gusiganwa ku magare, igakorwa n’ abazungu babaga mu Rwanda, icyo gihe ayo masiganwa yaberaga mu mujyii wa Kigali gusa ikaba yarategurwaga n’ amashyirahamwe y’ abazungu babaga mu Rwanda.
Mu mwaka 1977 Karemera Pierre wakoraga muri Ministere y’ umuco na siporo afatanyije na bagenzi be, bakomeje kwibaza uburyo bategura amarushanwa akomeye y’ amagare kandi abanyarwanda bakayagiramo uruhare rugaragara.
Muri uwo mwaka nibwo Karemera na bagenzi be bafashe gahunda yo gushinga Ishyirahamwe ry’ umukino wo gusiganwa ku magare.
Mu 1977 Karemera na bagenzi be baricaye bashyiraho amategeko yagenga iri shyirahamwe ryo ry’umukino wo gusiganwa ku magare mu Rwanda.
Nyuma aya mategeko yaje koherezwa muri Ishyirahamwe mpuzamahanga y’ umukino wo gusiganwa ku magare (FIAC) yaje guhinduka UCI (Union International du Cyclisme) basaba kuba abanyamuryango, aho baje kwemerwa nyuma.
Muri uwo mwaka wa 1977 Ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare ryahise ritangira imirimo yaryo, ritangira gutegura amarushanwa mato mato, aho abasiganwa bahagurukaga i Kigali bakerekeza i Rwamagana.
Iryo siganwa ryaje kuvamo ikitwaga Tour de l’ Est, aho abasiganwaga bavaga i Kibungo bakajya ku Rusumo bakagaruka i Kibungo mu mujyi.
Umunsi ukurikiyeho bagahaguruka i Kibungo bakajya i Nyagatare bakagaruka i Kibungo.
Ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare mu Rwanda ryakomeje ritegura amarushanwa hirya no hino mu gihugu. Haje gukurikiraho isiganwa ryitwaga Ascension des Milles Collines, aho abasiganwa bahagurukaga i Kigali bakerekeza i Butare, umunsi ukurikiyeho bakerekeza ku Kanyaru bagaruka bagahagarara i Nyanza, ku munsi wa gatatu bakava i Nyanza berekeza i Kigali rigahita rirangira.
Mu Rwanda hakomeje gutegurwa amarushanwa menshi. Amagare arakundwa cyane yaba ku banyarwanda bakinaga uwo mukino ndetse n’ abawurebaga.
Mu 1987 u Rwanda rwitabiriye imikino y’ Afurika yabereye muri Kenya, byaje gutuma abayobozi B’ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare bagira igitekerezo cyo gukoresha isiganwa rinini nyuma yaho abakinnyi bari bamaze kumenyera gusiganwa ahantu harehare. Umwaka wa 1988 nibwo habaye irushanwa rya mbere, aho Abasiganwe bazengurutse igihugu cyose mu byiciro bitandukanye, maze iryo siganwa baryita Tour du Rwanda.
Tour du Rwanda kuva 1988 kugeza 1990
Tour du Rwanda ya mbere yabaye mu 1988, icyo gihe yitabiriwe n’ abakinnyi bakiniraga mu Rwanda mu makipe atandukanye harimo ikipe ya Rwamagana, ikipe ya Huye, ikipe ya Ruhengeri, ikipe ya Sine El mail, buri kipe yazanaga abakinnyi 6.
Tour du Rwanda yo mu 1988 yatangiriye mu cyahoze ari Perefegitura ya Cyangugu, ariko ntabwo yazengurutse u Rwanda rwose, icyo gihe icyahoze ari Perefegitura ya Kibuye abakinnyi bagiyeyo basiganwa ariko ntibagaruka basiganwa no mu cyahoze ari Perefegitura ya Gisenyi bigenda bityo.
Abakinnyi bajya mu Mutara bagarukiye ku isoko rya Kiramuruzi. Tour du Rwanda yakurikiyeho yabaye mu 1989, icyo gihe Tour du Rwanda yari imaze kumenyekana cyane ibyo byatumye yitabirwa n’ amakipe yari aturutse mu bihugu byo mu karere k’ Afurika y’ iburasirazuba ; Kenya, Uganda, Burundi, Tanzaniya n’ icyahoze ari Zaïre buri kipe yazanaga abakinnyi 6 biyongera ku makipe atatu y’ u Rwanda (ikipe ya Huye, ikipe y’ Akagera n’ ikipe yitwaga ikipe y’ Igihugu).
Tour du Rwanda yo mu 1990 yarabaye yitabirwa n’ amakipe yari yaturutse mu bihugu by’ Afurika y’ iburasirazuba n’ amakipe yo mu Rwanda, icyo gihe hari ibyiciro bitakozwe bitewe n’ umutekano mucye waragwaga mu bice bimwe by’ igihugu kubera intambara yo kubohoza igihugu yari hagati y’ umutwe wa FPR Inkotanyi n’ ingabo za Leta.
Nyuma yaho Tour du Rwanda yahise ihagarara kubera intambara yari imaze kugera mu gihugu hose, yaje kongera gusubukurwa mu mwaka 2001. Tour du Rwanda kuva 2001 kugeza 2007.
Hashize imyaka 10 Tour du Rwanda yarahagaze, mu mwaka 2001 FERWACY yongeye kugira igitekerezo cyo gusubukura Tour du Rwanda. Tour du Rwanda2001 yarabaye yegukanwa na Nsengiyumva Bernard, kuva 2001 yakomeje kuba buri mwaka ikitabirwa n’ abakinnyi b’ abanyarwanda n’ abandi bo mu karere k’ iburasirazuba bw’ Afurika, Ruhumuriza Abraham yigaragaje cyane atwara Tour du Rwanda 4 zikurikirana kuva 2002 kugeza 2005.
Tour du Rwanda 2008
Tour du Rwanda 2008 yatangiye tariki ya 16/08/2008, ryitabiriwe n’ amakipe atandukanye harimo 2 y’ u Rwanda (Rwanda A na Rwanda B) n’ amakipe y’ ibihugu byo muri aka karere k’ iburasirazuba bw’ Afurika ( Burundi, Kenya, Uganda na Tanzanie).
Tour du Rwanda 2008 yabaye mu minsi 9, harimo ibyiciro 8 n’ umunsi umwe w’ ikiruhuko, ikiciro gito cyari gifite ibirometero 127, ikiciro kirekire gifite ibirometero 171, mu bakinnyi 35 batangiye harangije 31, muri iyi Tour du Rwanda nibwo hagaragaye ko ishobora kuza mu rwego rw’ amarushanwa yo gusiganwa ku magare mu rwego mpuzamahanga.
Perezida wa FERWACY Bayingana Aimable na komite ye bafashe icyemezo cyo gusaba ko Tour du Rwanda yashyirwa ku ngengabibe y’amarushanwa mpuzamahanga icyifuzo cyahise cyemerwa n’ishyirahamwe ry’ umukino wo gusiganwa ku magare kw’Isi UCI (Union Cycliste International).
Muri Tour du Rwanda 2008 umunyarwanda Niyonshuti Adrien yarigaragaje cyane abasha kurangiza ibyiciro 6 aba uwa mbere mu byiciro 9.
Uko ibyiciro byakozwe n’ iminsi byakoreweho.
Abatsinze Tour du Rwanda 2008.
Tour du Rwanda 2009
Mu mwaka wa 2009 Tour du Rwanda yashyizwe kuri gahunda y’amarushanwa yo gusiganwa ku magare akinirwa ku mugabane wa Afurika, ibyo byatumye yitabirwa n’ amakipe atandukanye yo ku mugabane wa Afurika nandi yo ku mugabane w’ i Burayi no muri Leta zunze ubumwe z’ Amerika.
Iyi Tour du Rwanda yagenze neza yitabirwa n’ abakinnyi bibihangange, ibyo byatumye iza kwegukanwa n’ umukinnyi wo mu ikipe ya Maroc Adil Jelloul, umunyarwanda wa mbere yaje ku mwanya wa gatatu yabaye Niyonshuti Adrien.
Abatsinze Tour du Rwanda 2009.
Tour du Rwanda 2010
Tour du Rwanda 2010 yitabiriwe n’ amakipe 15, izamo abakinnyi bibihangange barimo Teklehaimanot Daniel wari uherutse kwegukana umudari wa zahabu mu marushanwa nyafurika ya 2010 yari yabereye mu Rwanda, harimo Jelloul Adil wari ufite umudari wa zahabu ya Tour du Rwanda 2009 yaherukaga.
Amakipe yitabiriye Tour du Rwanda 2010. Amakipe 2 yo mu Rwanda Akagera na Karisimbi, UCI continental Center,ikipe y’ igihugu ya Afurika y’epfo, ikipe y’ igihugu ya Cameroon, ikipe y’ igihugu ya Ivory Coast, ikipe y’ igihugu ya Kenya, ikipe y’ igihugu ya Misiri, ikipe y’ igihugu ya Libiya, ikipe y’ igihugu ya Maroc, ikipe y’ igihugu ya Eritreya, ikipe y’ igihugu ya Seychelles, ikipe y’ abakinnyi bo mu karere k’ ibiyaga bigari (Mixt Team Grands Lacs), ikipe yo muri Leta zunze ubumwe za Amerika Team Type I, amakipe abiri yo ku mugabane w’ i Burayi C.A. Castelsarrasin na Flanders Avia Team
Abatsinze Tour du Rwanda 2010.
Inkuru dukesha Wikirwanda
|
[
"hau_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"fra_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"fra_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"fra_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
ceb13d2706d1e6860c155e0f7faec21d
|
keep
|
[] |
[
6.7,
7.8,
10,
9.9,
10,
9.6,
10,
8,
0
] |
./WIDE-20121004110040-crawl335/WIDE-20121004112157-01346.warc.gz
| 690,229,863 | 10,679 | 48,193 |
http://ruhagoyacu.com/spip.php?article4447
|
text/html
| 2012-10-04T11:38:14 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kik_Latn"
] |
[
0.9975,
0.0026,
0
] |
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’umupira w’amaguru y’abakinnyi bari munsi y’imyaka 20 kuri uyu wa gatanu ki isaha ya saa yine irurira rutema ikirere yerekeza mu gihugu cya Tanzania aho igiye gukina imikino ibiri ya gicuti n’ikipe ya Tanzania y’abari munsi y’imyaka 20 yitwa Ngorongoro Heroes.
Umukino wa mbere uteganyijwe kuwa gatandatu tariki ya 14/07/2012 bakazanina undi kuwa mbere tariki ya 16/07/2012. Iyi mikino ya gicuti ije ikurikira uwo Amavubi U 20 aherutse gukina n’ikipe ya Etincelles FC yo mu cyiciro cya mbere aho Amavubi U 20 yatsinze atababariye Etincelles FC ibitego 4 ku busa.
Amavubi U 20 akaba akomeje kwitegura ikipe y’igihugu ya Mali mu rwego rwo gushakisha itike yo kujya mu mikino ya nyuma y’igikombe cy’Afurika ku bakinnyi bari munsi y’imyaka 20, nyuma yaho Amavubi U 20 asezereye Namibia akazi kandi gasigaye mu mukino wayo na Mali ubanza uzabera i Kigali tariki ya 29/07/2012
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
3b757fefbb3c65460f8f72ed1e5103cb
|
keep
|
[] |
[
5.5,
10,
10,
10,
7.4,
9,
10,
3,
0
] |
./WIDE-20121004110040-crawl335/WIDE-20121004112157-01346.warc.gz
| 693,298,938 | 11,214 | 49,364 |
http://ruhagoyacu.com/spip.php?article4650
|
text/html
| 2012-10-04T11:38:19 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kik_Latn"
] |
[
0.9933,
0.0068,
0
] |
Amajonjora U 20 umukino wo kwishyura
Mali 3:0 Rwanda( 4:2 mu mikino yombi)
“Ikibazo mfite kuri iyi kipe ni uko kuva yaba iy’abatarengeje imyaka 20 itazwi gutsindwa icyo ari cyo” Richard Tardy.
Kimwe mu byo umutoza w’ikipe y’abatarengeje imyaka 20 Richard tardy yahoraga afitiye ubwoba gisa nk’icyamubayeho ku mugoroba wo kuri uyu wa gatandatu tariki 11/08, ubwo ikipe atoza yatsindwaga ibitego bitatu ku busa igahita inasezererwa ku bitego bine kuri bibiri mu mikino yombi yo gushaka itike yo kujya mu gikombe cy’Africa cy’abari munsi y’imyaka 20.
Nyuma y’uko iyari ikipe y’abatarengeje imyaka 17 yakinnye igikombe k’isi ihinduriwe abatarengeje imyaka 20, yari itaratsindwa umukino n’umwe ndetse yari imaze imikino 4 yikurikiranya itsindira hanze.
Umukino w’aya mavubi mato I Bamako watangiye ikipe ya twa kagoma duto twa Mali isa nkaho ishaka gutsinda hakiri kare kuko yarushaga bigaragara ikipe y’u Rwanda. Ndetse kandi n’ubwo igice cya mbere cyarangiye ari ubusa ku busa ariko Mali yari yabonye amahirwe menshi.
Mu gice cya kabiri ni bwo ibintu byabaye bibi kuri U 20 kuko umunota wa 52 wasize batsinzwe ibitego bibiri ku busa aho umukinnyi Samba Diallo yari yananiwe guhagarikwa n’abinyuma b’Amavubi mato.
Ubwo u Rwanda rwageragezaga gushaka igitego kimwe cyashoboraga kuberekeza mu minota y’inyongera ahubwo rwaje gutsindwa igitego cya gatatu maze umukino urangira utyo.
Urugendo rero rw’ikipe y’abatarengeje imyaka 20 rwo kuba bajya mu gikombe cy’Africa rwaje kurangirira I Bamako dore ibitego bibiri kuri kimwe bari batsinze mu mukino ubanza ntacyo byabamariye.
Ikipe ya Mali izakina na Zambia mu kwezi kwa cyenda maze ikipe imwe muri izi abe ari yo izajya mu gikombe cy’Africa ku bakinnyi bari munsi y’imyaka 20. Zambia yazamutse byoroshye nyuma y’uko Lesotho bagombaga gukina yikuye mu marushanwa.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
5264c3cb4d87f0852cde031b0a4c6c67
|
keep
|
[] |
[
6.9,
9,
10,
10,
9.4,
9.9,
10,
2,
0
] |
./WIDE-20121004110040-crawl335/WIDE-20121004112157-01346.warc.gz
| 699,267,688 | 11,117 | 49,109 |
http://ruhagoyacu.com/spip.php?article4464
|
text/html
| 2012-10-04T11:38:27 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kik_Latn"
] |
[
0.9957,
0.0043,
0
] |
Kuwa Mbere tariki ya 16/07/2012 mu mujyi wa Dar es Salaam habereye umukino wa kabiri wa gicuti wahuje ikipe y’igihugu ya Tanzania y’abari munsi y’imyaka 20 hamwe n’Amavubi U 20.
Amavubi U 20 hari habayeho guhindura urutonde rw’abakinnyi babanjemo mu mukino ubanza, maze ku munota wa gatatu umukino ugitangira Tibingana Charles afungura izamu yinjiza igitego cya mbere cy’u Rwanda, mbere ati yuko igice cya mbere kirangira ikipe ya Tanzania U 20 izwi ku izina rya Ngorongoro Heroes yaje kubona penaliti maze yishyura igitego, igice cya mbere cyarangiye Tanzania U 20 1-1 Rwanda u 20.
Igice cya kabiri cyatangiye Amavubi y’abari munsi y’imyaka 20 yo na Tanzania U 20 buri kipe ishakisha gutsinda ikindi gitego, maze umusore Imrani Nshimiyimana ku munota wa 65 yinjiza igitego cya kabiri cy’u Rwanda, umukino waje kurangira Amavubi U 20 atsinze Tanzania U 20 ibitego 2-1, umukino ubanza wari wabaye kuwa gatandatu tariki ya 14/07/2012 Ngorongoro Heroes ya Tanzania yar yatsinzwe n’Amavubi U 20 ibitego 2-0.
Abakinnyi babanjemo ku ruhande rw’u Rwanda
NTARIBI Steven, RUSINGIZANDEKWE Jean Marie, HAKIZIMANA Francois, UMWUNGERI Patrick, EMERY Bayisenge, NSABIMANA Eric, NTAMUHANGA Tumaini Titi, KABANDA Bonfils, TIBINGANA Charles, RUHINDA Faruku, NSHIMIYIMANA Imrani.
Ikipe y’u Rwanda iragaruka i Kigali aho igomba gukomeza imyitozo ndetse n’umwiherero yitegura undi mukino wa gicuti n’ikipe y’igihugu ya Nigeria nayo bazakina umukino wa gicuti tariki ya 24/07/2012 ubwo nayo izaba yerekeza muri Tanzania gukina umukino wo gushakisha itike y’imikino ya nyuma y’igikombe cy’Afurika ku bari munsi y’imyaka 20, u Rwanda rwo rukazakina na Mali i Kigali tariki ya 29/07/2012.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"swh_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
edc5158f8c66d3a96af0a2653184eaaf
|
keep
|
[] |
[
5.9,
8.6,
10,
9.9,
8.9,
9.2,
10,
3,
0
] |
./WIDE-20121128035513-crawl419/WIDE-20121130072555-06630.warc.gz
| 309,760,183 | 11,287 | 36,783 |
http://www.igihe.com/amakuru/muri-afurika/imirwano-yongeye-kubura-mu-bacukuzi-b-amabuye-y-acaciro-muri-afurika-y-epfo.html
|
text/html
| 2012-11-30T16:59:08 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lug_Latn"
] |
[
0.9487,
0.0513,
0
] |
Kuri uyu wa Mbere, abantu bane bakomerekeye mu mirwano yabaye hagati y’abakora mu birombe bya zahabu, ndetse na bamwe muri bagenzi babo bahoze bakora muri ibyo birombe bya zahabu.
Nkuko Pinky Tsinyane, umuvugizi wa Polisi y’Igihugu cy’Afurika y’Epfo abitangaza, abantu bose bakomerekeye muri iyo mirwano, bajyanwe kwa muganga, bakaba barimo kuvurirwa mu bitaro bikuru by’i Johannesburg.
Ubu bushyamirane bubaye mu gihe mu byumweru bitatu bishize, abantu bagera kuri 34 bacukura amabuye y’agaciro bapfuye igihe bakoraga imyigaragambyo itemewe n’amategeko. Aba bakaba barapfuye ku itariki ya 16 Kanama uyu mwaka, bishwe na Polisi.
Ibi ngo bikaba byarateje ikibazo muri sosiyete ya Afurika y’Epfo nk’uko Umuvugizi wa Polisi yakomeje abitangaza.
Sosiyete Gold One icukura zahabu muri Afurika y’Epho, yemeza ko amakuru atangwa na Polisi, ariyo kandi ko ngo Polisi yagereageje gutatanya abigaragambyaga igakoresha ibyuka biryana mu maso.
Ubuyobozi bwa sosiyete Gold One, butangaza ko mu minsi mike ishize, bagiye bibasirwa n’ibitero by’abahoze ari abacukuzi b’amabuye y’agaciro , aho babiri muri bo bahasize ubuzima naho umwe agakomereka bikabije, ubu akaba ari mu bitaro.
Twababwirako iyi sosiyete ari iy’Abashinwa, ikaba ikora imirimo ya gucukura amabuye y’agaciro ahitwa Springs ,muri bilometero 30 uvuye mu Murwa Mukuru wa Afurika y’Epfo.
|
[
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
19c359e26db5bd2b6ba2219b26ac21bb
|
keep
|
[] |
[
6.8,
8.7,
10,
9.8,
10,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121128035513-crawl419/WIDE-20121130072555-06630.warc.gz
| 313,466,879 | 19,002 | 79,299 |
http://www.igihe.com/amakuru/muri-afurika/itahuka-ry-ingabo-z-u-rwanda-ryaciyemo-ibice-abategetsi-bo-muri-leta-ya-congo-kinshasa.html
|
text/html
| 2012-11-30T17:14:35 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"hau_Latn"
] |
[
0.9889,
0.0111,
0
] |
Kuri ubu ubwumvikane bucye bukomeje kuranga abategetsi bo muri Leta ya Congo Kinshasa, nyuma y’itahuka ry’ingabo z’u Rwanda zakoranaga mu buryo bw’ibanga n’iz’iki gihugu mu bikorwa byo kurwanya inyeshyamba za FDLR mu gace ka Rutshuru mu Burasirazuba bwa Congo, aho amashyaka menshi mu atavuga rumwe na Leta muri iki gihugu yashyize umukono ku itangazo ryamagana Perezida Joseph Kabila n’abakorana nawe bya hafi, aho babita “abagambanyi”.
Mu buryo bwatunguye benshi, kuwa Gatanu w’icyumweru gishize Leta y’u Rwanda yatangaje kumugaragaro ko igiye gukura ingabo za RDF zo mu mutwe udasanzwe (Special Force) zigera kuri 371 zari zimaze igihe zikorana n’ingabo za Leta ya Congo Kinshasa ku butaka bw’iki gihugu mu gace k’Uburasirazuba hafi ya Rutshuru, aho zafatanyaga ibikorwa byo kurwanya FDLR.
Depite mu Nteko Ishinga Amategeko ya Congo Kinshasa uhagarariye ishyaka UDPS rya Étienne Tshisekedi ritavuga rumwe na Leta, Remy Massamba, kuri uyu wa Mbere yashyize ahagaragara itangazo ryashyizweho umukono n’amashyaka yose atavuga rumwe na Leta muri iki gihugu yamagana kuba Leta y’iki gihugu muri iki gihe cyose yarakoranaga byimazeyo n’ingabo z’u Rwanda rwihishwa ; kubw’aya mashyaka Leta iri ku butegetsi bakaba basanga ari iy’abagambanyi.
Depite Remy Massamba asoma iryo tangazo yagize ati “Urebye uburemere bw’ibibazo igihugu cyacu kirimo, abatavuga rumwe na Leta muri Congo barasanga imikoranire ya Leta iriho ubu n’ababisha bateye igihugu cyacu yarashinze imizi”, bityo aya mashyaka yiyemeje gusaba Inteko Ishinga Ametegeko y’Iki gihugu gutumiza Perezida Joseph Kabila akamushinja kugambanira igihugu.
Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru ku munsi w’ejo, Umuvugizi wa Leta ya Congo Kinshasa Lambert Mende yatangaje ko Abanyekongo bakwiye kumenya neza ko guverinoma y’igihugu cyabo nta masezerano ya rwihishwa ifitanye n’u Rwanda, avuga ko abasirikare b’u Rwanda bari munsi y’ijana ari bo bahawe uburenganzira bwo kuza gukorera mu gihugu none ngo hatahutse abarenga 300.
Kuba abasirikare ba Congo Kinshasa bafatanyaga n’ingabo z’u Rwanda mu bikorwa bya gisirikare, abatavuga rumwe na Leta ubwabyo ntibabikozwa, cyane ko bimenyekanye bitunguranye, mu gihe Leta ya Congo Kinshasa yari imaze iminsi itari micye irimo kurega u Rwanda kuba rutera inkunga umutwe w’inyeshyamba za M23 uhanganye n’ubutegetsi, kugeza ubwo guverinoma y’iki gihugu yageze aho itangaza ku mugaragaro ko yatewe n’u Rwanda kandi yari izi neza ko ingabo z’iki gihugu ziri ku butaka bwayo ku burenganzira zahawe nayo.
Hejuru ku ifoto : Umuvugizi wa Leta ya Congo Kinshasa Lambert Mende i bumoso na Depite mu Nteko Ishinga Amategeko ya Congo Kinshasa uhagarariye ishyaka UDPS
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn"
] |
allowed
|
cb16c5027258b296befcf7bd8f86a84c
|
keep
|
[] |
[
8.3,
10,
10,
10,
9.6,
10,
10,
6,
0
] |
./WIDE-20121029110301-crawl410/WIDE-20121029110326-04136.warc.gz
| 801,378,818 | 12,182 | 57,731 |
http://umuseke.com/?p=46423
|
text/html
| 2012-10-29T11:39:36 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"swh_Latn"
] |
[
0.9099,
0.0901,
0
] |
Umutwe witwara gisirikare urwanya Leta y’u Rwanda ukorera mu burasirazuba bwa Congo Kinshasa urashinjwa kuba usoresha abaturage b’ahitwa Miriki na Kimaka mu birometero 27 uvuye ahitwa Kanyabayonga muri Kivu y’Amajyaruguru.
Izi nyeshyamba za FDLR zivuga ko zigamije kubohora u Rwanda (Liberation du Rwanda) zisaba kwishyura amafaranga 2 000 ya Congo buri cyumweru kuri buri mucuruzi wo muri utwo duce.
Abacururiza muri utu duce batangaza ko ku mucuruzi uturutse hanze aje gucuruza ku masoko ya Mikiri na Kimaka acibwa amadorari 100$ ngo abashe gukora ubucuruzi bwe.
Aba barwanyi b’abanyarwanda kandi ngo babwiye abatuye utu duce ko mu mpera z’uku kwezi kwa cumi bagomba gushakira FDLR amadorari 2 500$.
Abaturage b’utu duce, ndetse nabo mu gace ka Lubero bavuga ko bafashwe nk’iminyago y’umutwe wa FDLR kuko nta ngabo za Leta zo kubarengera zihari.
Abaturage b’aka karere bakaba basaba Leta ya Congo kugira icyo ikora ngo ibakure mu maboko ya FDLR.
Ingabo za Leta ya Congo abaturage bazishinja kutagira ubushake n’imbaraga zo kubakingira imitwe myinshi yitwaje intwaro ikorera mu mashyamba ya Congo.
Leta ya Kinshasa ubu, ivuga ko ihangayikishijwe cyane cyane n’umutwe wa M23 nawo uyirwanya, ikavuga ko ufashwa na Leta ya Kigali.
Radiookapi
Egide RWEMA
UMUSEKE.COM
Mujye muraka sha, congo ni igihugu kdi kibishatse cyakwigwanaho, kuki kitarwanya M23, FDLR,….Ahubwo bakadutesha umutwe ngo dusinye ko twemeye kubafasha, ubonye iyo badusinyisha kujya kwirebera FDLR tukayikoramo!
Muge mureka gutukana;.kandi nta namaranga mutima yakagombye kubarangwaho,keretse niba mwese mukina politique;mwihangane congo nindiri yabashaka amabuye ya gaciro;mutuze duhahe
BARATAGANGAYA WANA
amahoro ya DRC ni nyungu ku rwanda
iterambere ry,URWANDA n,urugero rwiza
kuri DRC. kandi ibi twese turabyemera ikibazo abazungu ntibabyemera kubera inyungu zabo!! ikibazo abazungu bazemera gutsindwa?
Njyewe nzi aho i miriki na kimaka hatuye ubwoko bwa bandandi gusa.batunzwe no guhinga imyumbati no guhiga inyoni n’imbeba
Sintahura neza ukuntu RDC inanirwa kurwanya M23 kubera ari igihigu kinini kikaba gifise n’abasirikare benshi. Mbona ko kitishoboye gukingira abanyagihugu baco.
funga kinywa yako. amarangamutima!
Acha kutukana robert we zoba.Funga ya kwako kwanza. RDC Haina kiongozi
pole wa kongomani,mungu awalinde juu
amuna gouvernement
Ariko congo yararenganye ariko buriya izageraho itungane tubone isoko ryo guhayiraho dore ko bqafite imitungo mwishi
imitungo idafit,ubuyobozi bwiza ntacy,imaze nonese niba uzi RDC neza siho hakir,abantu bambar,ubusa? azagere ihitwaga Haut zaire.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"fur_Latn",
"ibo_Latn",
"cat_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"lin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"swh_Latn",
"swh_Latn",
"swh_Latn",
"fra_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn"
] |
allowed
|
6eb146f88e198dc573a9fc0a333f687f
|
keep
|
[] |
[
5.1,
6.4,
10,
10,
10,
10,
10,
0,
0
] |
./WIDE-20121029110301-crawl410/WIDE-20121029110326-04136.warc.gz
| 806,713,861 | 11,305 | 52,109 |
http://umuseke.com/?p=45549
|
text/html
| 2012-10-29T11:40:11 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kik_Latn"
] |
[
0.9453,
0.0548,
0
] |
Imbere ya ‘centre Pompidou’ i Paris niho umunyabugeni Adel Abdessemed yashyize igishusho yakoze kigaragaza uburyo Zinedine Zidane yatimbuye Marco Materazzi umutwe mu gituza ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi cya 2006.
Iki gishusho kiswe “Coup de tête” gikozwe muri ‘bronze’ gifite uburebure bwa metero eshanu na toni zirenga 2 z’uburemere, kizamurikwa mu imurika ry’ibihangano bya Adel Abdessemed tariki 3 Ukwakira uyu mwaka.
Iki gishusho aho kiri ubu abantu benshi baragikunze ndetse bajya kukifotorezaho.
Iki gishushanyo ngo cyakozwe gitandukanye n’ibisanzwe ubundi biba akenshi byibanda ku bikorwa by’intsinzi n’ubutwari. Iki ngo kigamije kwibutsa intsinzwi nkuko byasobanuye na Philippe Alain Michaud uyoboye imurika ry’iki gishusho.
Adel Abdessemed ni umunyabugeni wavukiye muri Algeria yerekeza muri France mu 1994 ahunze imidugararo. Ni umunyabugeni uzwi cyane ku rwego mpuzamahanga.
i Berlin mu 2006, mu minota ya nyuma y’umukino wa nyuma w’igikombe cy’Isi, Zidane yakubise umutwe uremereye Materazzi wari umaze kumushotora mu magambo. Zidane yabiherewe ikarita imusohora mu kibuga ndetse Ubufaransa yari ayoboye butsindwa uwo mukino n’Ubutariyani bwa Fabio Cannavaro wari captain.
Umutwe wa Zidane ntuzibagirana mu mupira w’amaguru, no mu mateka y’uyu mugabo wari umuhanga cyane muri ruhago ubu yahagaritse.
Nyuma yabwo hagiye hahimbwa ibihangano byinshi bifatiye kuri uyu mutwe wa Zidane kuri Materazzi nk’indirimbo n’ibindi.
AP
Egide RWEMA
UMUSEKE.COM
icyo gitekerezo nange ndagishyigikiye iyo statu ya Rwigema turayitegereje.
murebereho rero no mu Rwanda muzadushirirehonabura nka hariya Rondpoint ishusho ya Late Afande Fred Gisa Rwigyema!
ntabwo bijyanye. Reka gufana.
nuba perezida uzatange amabwiriza!
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"hat_Latn",
"ibo_Latn",
"cat_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn"
] |
allowed
|
d7bbc9310b6a63e6e942407d0cbf34b8
|
keep
|
[] |
[
5.1,
6.2,
10,
10,
10,
10,
10,
1,
0
] |
./WIDE-20121118193046-crawl417/WIDE-20121118193953-06838.warc.gz
| 490,086,921 | 10,471 | 39,710 |
http://www.inyarwanda.com/news_full.php?newsTopic=1210120754
|
text/html
| 2012-11-18T20:13:09 |
wide6
|
[
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kik_Latn"
] |
[
0.8828,
0.1172,
0
] |
King James amaze kwerekeza mu Bubiligi (AMAFOTO)
Ku isaha ya saa cyanda zuzuye ku isaha y’i Kigali, nibwo umuhanzi King James afashe rutema ikirere yerekeza mu gihugu cy’Ububiligi aho agiye gukorera ibitaramo bitandukanye.
King James akigera ku kibuga cy'indege i Kanombe.
King James azasesekara mu gihugu cy’Ububiligi mu gitondo ku isaha ya saa mbili za mu gitondo cyo kuri uyu wa gatandatu tariki ya 13/10/2012. Uyu muhanzi azaruhuka amasaha make maze ku mugoroba akorere igitaramo cye cya mbere mu Bubiligi ahitwa Centre Culturel d’Auderhem mu mujyi wa Buruseli.
Bruce(umukozi wa Postive Production) ni umwe mu baherekeje King James.
Mu kiganiro gito na King James ubwo yari ku kibuga cy’ingege i Kanombe mbere gato y’uko ahaguruka yagize ati: “Ijambo nabwira abafana banjey ni uko nyuma ya concert y’ejo mu Bubiligi hari indirimbo zanjye ngomba kurangiza na Pastor P. Nzagaruka mu cyumweru gitaha nzizanye cyane ko iyitwa Abubu nzahita nyishyira hanze.”
Nguwo King James areba ibyangombwa bye bimwemerera gusohoka mu Rwanda no kwinjira mu Bubiligi.
King James witeguye kuzaririmba neza mu bitaramo afite ku mugabane w’Uburayi, azaririmbira mu Bubiligi ku munsi w’ejo kuwa gatandatu, ku itariki ya 19/10/2012 azaba ari mu gihugu cy’ubufaransa aho azataramira abahatuye nyuma y’itariki ya 20/10/2012 agaruke mu Rwanda.
Imwe mu mizigo King James yajyanye i Burayi.
Nguwo King James asohoka mu gihugu cy'u Rwanda yerekeza i Burayi.
Ku kibuga King Jame yaherekejwe na bamwe nshuti ze,abanyeshuri yigana nabo muri Kaminuza, abanyamakuru n’abavandimwe be.
Munyengabe Murungi Sabin.
|
[
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"kin_Latn",
"run_Latn",
"run_Latn",
"jav_Latn"
] |
allowed
|
b8bd5f53bb7ae393bbf09afc78465eed
|
keep
|
[] |
[
5.5,
6.9,
10,
10,
9.8,
9.9,
10,
2,
0
] |
Subsets and Splits
No community queries yet
The top public SQL queries from the community will appear here once available.