text
stringlengths 159
9.91k
| nwords
int64 15
1.2k
| ntokens_llama32
int64 70
3.89k
|
---|---|---|
Muhanga: Hamaze gufatwa Abahebyi 10 muri 25 batemye abarinda ikirombe. Agatsiko k’insoresore 25 ziyita Abahebyi gakomeje gushakishwa nyuma yo gutema abakozi 10 barinda ikirombe gicukurwamo amabuye y’agaciro Murenge wa Rongi Akarere ka Muhanga.
Bivugwa ko ako gatsiko kateye ikirombe cy’Ikompanyi yitwa ETs Sindambiwe mu ntangiriro z’uku kwezi kwa Nzeri, kagizwe n’insoresore zarahiye ko zitazakorera abandi ku mushahara, ahubwo zizajya zicukura amabuye y’agaciro mu butaka bufite rwiyemezamirimo wabuhawe.
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rongi Niyonzima Oswald, yavuze ko hamaze gufatwa 10 mu bagize ako gatsiko kateye ikirombe ETs Sindambiwe kitwaje intwaro gakondo kagakomeretsa abasanzwe baharinda.
Yagize ati: “Aya makuru ni yo kuko abantu bishyize hamwe batera ikirombe n’intwaro bakomeretsa abasanzwe barinda umutekano w’iki kirombe cy’umushoramari ufite ETs Sindambiwe kiri mu Murenge wacu”.
Umwe mu bashinzwe umutekano bakomerekejwe
Yongeyeho ko bakimara kumenya amakuru y’iterwa ry’ikirombe bahise batangira gushaka abagize ako gatsiko ndetse hamenyekana ko bateye ikirombe hanakorwa urutonde.
Yagize ati: “Tukimenya amakuru y’uko hari igico cy’abantu bikoze bakajya gutera iki kirombe twashatse amakuru ndetse dukora urutonde turarukora dusanga abasaga 25 ari bo bishyize hamwe batera ikirombe bakomeretsa abakozi bashinzwe umutekano w’ikirombe”.
Gitifu Niyonzima avuga ko kugeza ubu hamaze gufatwa abagera ku 10 muri 25 bari ku rutonde naho abandi baracyashakishwa kugira ngo baryozwe ayo marorerwa bakekwaho agize icyaha cy’urugomo n’ubujura buciye icyuho.
Yibutsa ko nta muturage ukwiye kwishora mu bucukuzi butemewe kuko rimwe na rimwe bibambura ubuzima kandi bakwiye gusaba akazi mu bafite ubucukuzi kuko bo bemererwa gucukura nyuma yo kugaragaza ko bafite ubushobozi bwo kurinda abo bakoresha impanuka za hato na hato.
Biteganyijwe ko abamaze gutabwa muri yombi bagezwa imbere y’Urukiko rw’Ibanze rwa Kiyumba kugira ngo baryozwe ibyaha bakoreye abarinzi bo mu kirombe cya ETs Sindambiwe.
AKIMANA JEAN DE DIEU | 267 | 803 |
mu kuzamura urwego rw'ubukungu n'imibereho myiza mu Rwanda; kandi bikazaba inkingi ikomeye igihugu kizubakiraho mu kugera ku ntego z'Icyerekezo 2050. Nk'uko byagaragajwe na raporo ku Rwanda y'ishyirwa mu bikorwa ry'Intego z'lteram bere z'I ki nyag i hu mbi (M DGs) ya mu 2015, kwishakamo i bisu biza biri mu byafashije igihugu kugera kuri izo ntego. Gahunda ya Girinka n'iy'Ubudehe byagize uruhare rutagereranywa mu igaban u ka ry'ubukene no guhuza Abanyarwanda. Urwego rw'Abajyanama b'Ubuzima rwagiyeho mu 2005 rugira uruhare rukomeye mu iterambere rishimishije mu rwego rw'ubuzima (Urwego rw'Igihugu rw'Imiyoborere, 2016). Ubwisungane mu kwivuza bwafashije abaturage kubasha kwivuza aho abarenga 85% (MINISANTE, 2020) bari mu bwisungane mu kwivuza (Mituelle de Sante). Mu rwego rw'ubutabera, Inkiko Gacaca zabashije gutanga ubutabera mu Rwanda nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 mu gihe Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda (ICTR) rutabashije kurangiza imanza zose zari ziteganyijwe. Inkiko Gacaca kandi zagize uruhare mu kugarura ubumwe n'ubwiyunge mu Banyarwanda. Usibye Inkiko Gacaca, hashyizweho n'izindi gahunda zigamije guha buri wese ubufasha mu by'amategeko by'umwihariko ku batishoboye. Urwego rw'Abunzi ndetse n'Urutanga Ubufasha mu by'amategeko mu nzego z'ibanze zigira uruhare runini mu kugabanya umubare w'i manza zishobora gutinda mu nkiko ari nako bigabanya ikiguzi cyo guhabwa ubutabera ugereranyije no mu nkiko zisanzwe. Intego ni ugusigasira no gukomeza gukoresha ubwo buryo budasanzwe mu guha abaturage ubutabera ariko by'umwihariko abaturage bakagira uruhare mu kwikemurira ibibazo. Mu rwego rw'imiyoborere, ijwi ry'abaturage ryumvikana binyuze mu nzira zinyuranye nko mu Inamay'lgihuguy'Umushyikirano isuzuma uko ubuzima bw'igihugu buhagaze n'ingamba zigamije iterambere aho ibyiciro byose by'abaturage biba bihagarariwe. Itorero ry'igihugu, nk'ishuri ry'uburere m bonerag i h ug u ritoza Abanyarwanda kurushaho kugira indangagaciro n'umuco wo kwigira. lmihigo ni uburyo bufasha abantu gukorera ku ntego no kwisuzuma kandi bigakorwa mu nzego zose. Imihigo ifasha kandi gupima ibyakozwe ari nako igaragaza ibikeneye kwitabwaho by'u mwi hari ko mu mwaka w'i ngengo y'imari ukuri ki raho. I m i h igo ubu igenda iba umuco mu nzego zose zaba iza Leta, iz'abikorera cyangwa iza sosiyete sivili. Gahunday'lmihigo kandi yegerejwe abaturage igera ku rwego rw'urugo kugira ngo buri wese agire uruhare muri iyo gahunda. Ubu abakozi ba Leta bakorera ku mihigo, kandi byatumye barushaho gutanga umusaruro na serivisi nziza. Umuganda ugira uruhare mu kunganira ingengo y'imari. Nk'uko byagaragajwe na Minisiteri y'Ubutegetsi bw'Igihugu (MINALOC), agaciro k'Umuganda ukabaze mu mafaranga y'u Rwanda kari miliyari 4 mu 2007 karazamuka kagera kuri miliyari 19 mu 2016 (MINALOC, 2016). Umuganda kandi ufite n'izindi nyungu nko gukomeza imibanire myiza y'abaturage binyuze mu bikorwa by'umuganda ndetse n'inama zibahuza nyuma yawo. Izi gahunda n'ibindi bisubizo u Rwanda rwishatsemo bizakomeza kuba umusingi w'iterambere ry'u Rwanda mu nzego z'u bu ku ng u n'imibereho myiza. H azashyi rwaho ikigo cy'icyitegererezo kigamije kunoza imicungire no kubungabunga ibisubizo u Rwanda rwishatsemo. Uburyo buhamye bwo gukurikirana no gushyira mu bikorwa Icyerekezo 2050 Icyerekezo 2050 kigabanyijemo ibice bibiri, icya mbere gihera mu 2020 kikagera mu 2035 n'icya kabiri gihera mu 2036 kikagera mu 2050; kandi buri gice kizajya gikorerwa isuzuma kigeze hagati kugira ngo imigambi yateganyijwe ibashe kongera guhuzwa n'intego z'Icyerekezo mu gihe bibaye ngombwa. Hazashyi rwaho ubu ryo buhoraho bwo gusuzuma i byagezweho no ku bi huza n'Icyerekezo; bi kazajyana n'u ko iterambere ry'u Rwanda rizajya rigenda ri h i nd u ka. Ishyirwa mu bikorwa ry'Icyerekezo 2050 rizakorwa binyuze mu ngamba z'iterambere z'igihe giciriritse uhereye ku cyikiro cya mbere cya Gahunda ya Guverinoma y'imyaka irindwi yo kwihutisha Iterambere (NST 1) ikaba ihuza Icyerekezo 2020 n'Icyerekezo 2050. Icyiciro cya mbere cya NST gishyiraho umusingi wo kugera ku Cyerekezo 2050 hagati ya | 576 | 1,631 |
Inkubi y’umuyaga yiswe Faxai yibasiye u Buyapani. Ku itariki ya 9 Nzeri 2019, inkubi y’umuyaga ikaze yiswe Faxai yibasiye umugi wa Tokyo wo mu Buyapani. Iyo nkubi yari iri ku muvuduko wa kirometero 180 ku isaha, yatumye amazu 580.000 abura umuriro. Nanone wahitanye abantu batatu. Ibiro by’Abahamya byo mu Buyapani byatangaje ko nta Muhamya n’umwe wahitanywe n’iyo nkubi y’umuyaga. Icyakora hari Abahamya barindwi bakomeretse. Raporo yakozwe inkubi y’umuyaga ikiba, igaragaza ko hangiritse amazu 895 y’abavandimwe bacu, Amazu y’Ubwami 28 n’Inzu y’Amakoraniro iherereye ahitwa Chiba. Ibiro by’Abahamya bikomeje kureba ibyangijwe n’iyo nkubi y’umuyaga. Dukomeje gusenga dusaba ko Yehova “Imana itanga ukwihangana n’ihumure” akomeza guhumuriza abo bavandimwe bacu bibasiwe n’icyo kiza.—Abaroma 15:5. | 110 | 333 |
DRC: M23 yasatiriye Goma, Abasirikare b’Abahinde bariruka. Imitwe irwanya ubutegetsi mu burasirazuba bwa Kongo ikomeje gufata uturere inyuma y’aho Ingabo za ONU zituruka mu Buhinde zitereye ibirindiro byazo. Ibiro ntaramakuru by’Abafaransa AFP, bivuga ko byabonye ayo makuru mu nzandiko za ONU zitashyizwe ahagaragara. Mu ibiro bya ONU muri Kongo, urwandiko MONUSCO yagejeje ku bakozi babyo, rwagize ruti “Umutekano ukomeje guhungabana cyane, mu gihe umutwe urwanya ubutegetsi bwa Kongo M23 umaze kugera mu gace ka Sake”. Sake ni umujyi muto uri ku birometero 25 uvuye I Goma, umujyi wa mbere munini muri iyo ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Abaturage bo muri uwo mujyi basaga miliyoni ebyiri; umubare ikomeza kwiyongera, abaturage bahahungira, bavuye mu tundi duce tumaze guterwa n‘umutwe M23. Ingabo za ONU zishinzwe gucunga umutekano muri ako gace, MONUSCO, ivuga ko abarwanyi ba M23 bafashe ibirindiro bitari musi ya bitatu mu nkengero za Sake, kuva abasirikare ba ONU b’Abahinde bavuye mu birindiro byabo. AFP yatangaje ko abarwanyi ba M23 n’abasirikare ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo batanye mu mitwe mu mpera z’icyumweru gishize, mu karere ka Sake no ku nkengera z’uburengerazubo bw’Umujyi wa Goma. | 182 | 483 |
abagaragu ba Yehova bagera ku 1.500, abandi babarirwa mu bihumbi abafungira mu bigo byakoranyirizwagamo imfungwa. Ibyo Daniyeli yari yarabihanuye. Yari yaravuze ko umwami wo mu majyaruguru yari ‘kuzahumanya urusengero,’ kandi ‘agakuraho igitambo gihoraho.’ Ubwo buhanuzi bwasohoye igihe abagaragu b’Imana babuzwaga gusingiza izina rya Yehova ku mugaragaro (Dan 11:30b, 31a). Uwayoboraga u Budage ari we Hitileri, yari yaranarahiriye kuzatsemba abagaragu b’Imana mu Budage. UMWAMI MUSHYA WO MU MAJYARUGURU 14. Ni nde wabaye umwami wo mu majyaruguru nyuma y’intambara ya kabiri y’isi yose? Sobanura. 14 Nyuma y’intambara ya kabiri y’isi yose, ubutegetsi bw’Abakomunisiti bwo mu cyahoze ari Leta Zunze Ubumwe z’Abasoviyeti bwigaruriye uturere twinshi twayoborwaga n’u Budage, maze buba umwami wo mu majyaruguru. Nk’uko byari bimeze ku butegetsi bw’igitugu bw’Abanazi, Leta Zunze Ubumwe z’Abasoviyeti na zo zibasiye abantu bose bakoreraga Imana y’ukuri batizigamye. 15. Ni iki umwami wo mu majyaruguru yakoze nyuma y’Intambara ya Kabiri y’Isi Yose? 15 Nyuma gato y’Intambara ya Kabiri y’Isi Yose, umwami mushya wo mu majyaruguru, ni ukuvuga Leta Zunze Ubumwe z’Abasoviyeti n’ibihugu byari bifatanyije, yatoteje cyane abagize ubwoko bw’Imana. Mu Byahishuwe 12:15-17 ibyo bitotezo bigereranywa n’“uruzi.” Nk’uko ubwo buhanuzi bubigaragaza, uwo mwami wo mu majyaruguru yabuzanyije umurimo wacu kandi abagaragu ba Yehova babarirwa mu bihumbi abacira muri Siberiya. Kuva iminsi y’imperuka yatangira, uwo mwami wo mu majyaruguru yakomeje gutoteza abagaragu b’Imana, ariko ntiyashoboye guhagarika burundu umurimo bakora. 16. Ni mu buhe buryo Leta Zunze Ubumwe z’Abasoviyeti zashohoje ubuhanuzi bwo muri Daniyeli 11:37-39? 16 Soma muri Daniyeli 11:37-39. Umwami wo mu majyaruguru yagaragaje ate ko ‘atitaga ku Mana ya ba se’? Leta Zunze Ubumwe z’Abasoviyeti zagerageje guca intege amadini zigamije kuyakuraho burundu. Zakoze iki? Mu mwaka wa 1918, ubwo butegetsi bwari bwaratanze itegeko ryatumye mu mashuri batangira kwigisha ko Imana itabaho. Ni mu buhe buryo uwo mwami wo mu majyaruguru ‘yahaye icyubahiro imana y’ibihome’? Leta Zunze Ubumwe z’Abasoviyeti zashoye amafaranga menshi mu gisirikare kandi zicura ibitwaro bikomeye bibarirwa mu bihumbi, zigamije gukomeza ubutegetsi bwazo. Amaherezo uwo mwami wo mu majyaruguru n’uwo mu magepfo bagize ibitwaro byinshi, bishobora kwica abantu babarirwa muri za miriyari. ABO BAMI BOMBI BAKORERA HAMWE 17. “Igiteye ishozi kirimbura” ni iki? 17 Umwami wo mu majyaruguru yashyigikiye umwami wo mu magepfo, kugira ngo bakore ikintu gikomeye. ‘Bashyizeho igiteye ishozi kirimbura’ (Dan 11:31). Icyo kintu ‘giteye ishozi’ ni Umuryango w’Abibumbye. 18. Kuki Umuryango w’Abibumbye ugereranywa n’“igiteye ishozi”? 18 Umuryango w’Abibumbye ugereranywa n’“igiteye ishozi,” kubera ko uvuga ko ushobora kuzana amahoro mu isi, kandi Ubwami bw’Imana ari bwo bwonyine buzayazana. Nanone ubuhanuzi bwo muri Daniyeli buvuga ko icyo giteye ishozi “kirimbura,” kubera ko Umuryango w’Abibumbye uzagira uruhare rukomeye mu kurimbura amadini yose y’ikinyoma.Reba imbonerahamwe ifite umutwe uvuga ngo: “Abami bashyamirana mu gihe k’imperuka.” KUMENYA AYO MATEKA BIDUFITIYE AKAHE KAMARO? 19-20. (a) Kumenya amateka y’umwami wo mu majyaruguru n’uwo mu magepfo bidufitiye akahe kamaro? (b) Ni iki tuzasuzuma mu gice gikurikira? 19 Dukwiriye kumenya ayo mateka kubera ko agaragaza ko ubuhanuzi bwo muri Daniyeli buvuga iby’umwami wo mu majyaruguru n’umwami wo mu magepfo, bwasohoye kuva mu mwaka wa 1870 kugeza mu wa 1991. Ibyo bituma twiringira ko n’ibindi bivugwa muri ubwo buhanuzi bizasohora. 20 Mu mwaka wa 1991, Leta Zunze Ubumwe z’Abasoviyeti zarasenyutse. None se muri iki gihe, umwami wo mu majyaruguru ni nde? Igice gikurikira gisubiza | 549 | 1,571 |
Karongi: Mu mezi umunani imirimo yo kwagura IPRC West izaba yarangiye. Ubwo yasuraga ishuri rikuru ryigisha ubumenyi ngiro mu karere ka Karongi (IPRC West), kuwa 21-01-2014, umunyamabanga wa Leta ushinzwe ubumenyi ngiro muri ministeri y’uburezi, Ing Nsengiyumva Albert, yahawe icyizere ko imirimo yo kwagura ishuri no kubaka inzu nshya yo kwimenyerezamo imyuga itandukanye n’ibijyanye n’amahoteli izaba yarangiye mu mezi umunani uhereye muri Mutarama 2014. Mu ruzinduko rwa Ministre Nsengiyumva kuri IPRC West Karongi, yari aherekejwe na vice mayor wa Karongi ushinzwe ubukungu n’iterambere Hakizimana Sebastien, umuyobozi w’umuryango nterankunga wo mu Busuwisi wateye inkunga umushinga Swiss Contact, ndetse n’umuyobozi wungirije ushinzwe kubaka ubumenyi mu kigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere ubumenyi ngiro (WDA), Irené Nsengiyumva. Sosiyete ECODIVE yatsindiye isoko ryo kwagura IPRC West, ivuga ko yakererewe gutangira imirimo yo kubaka kubera imashini itwara izindi mashini zisiza yagize ikibazo, ariko ko batazarenza amezi umunani uhereye mu kwa mbere nk’uko byanditswe mu masezerano. Mu kiganiro n’itangazamakuru umuyobozi wa ECODIVE ati: “Ikibazo cy’imashini turacyemera, gusa tunafite amazu menshi tugomba kurangiza uretse ko bitazatubuza kurangiza uyu mushinga mu gihe cyateganijwe ari nacyo cyanditse mu masezerano”. Minisitiri Nsengiyumva yavuze ko ibi bikorwa bigomba kwihutishwa kandi bigakurikiranwa neza ngo kuko ari inyungu z’Abanyarwanda bose; anongeraho ko amafaranga agenda abitangwaho kimwe n’andi yakoreshejwe mu guteza imbere ibigo by’imyuga ari inkunga Leta ihabwa n’abaterankunga. Naho ku uruhare rw’ishuri, Nsengiyumva Albert yarisabye gukurikirana uyu mushinga rifatanije na komisiyo y’ubugenzuzi irimo Kayumba Edes ushinzwe ubugenzuzi muri ECODIVE ndetse na Swiss Contact ari we muterankunga, Ubuyobozi bw’akarere nabwo bwasabwe kuwurikiranira hafi kuko bubifite mu nshingano. Uru ruzinduko rwasorejwe mu Murenge wa Rubengera, akagari ka Gacaca aho Ministre Nsengiyumva yasuye irindi shuri ry’imyuga ryubatswe kubufatanye bwa Swiss Contact. Gasana Marcellin | 276 | 801 |
Simeon Masaba. Simeon Masaba (wavutse ku ya 23 Werurwe 1983) Ni umukinnyi ukina umupira w'amaguru ukomoka muri Uganda ukinira muri shampiyona ya Uganda , mu ikipe Uganda Revenue Authority SC, aho akina nka myugariro.
Umwuga wa ikipe.
Yatangiye umwuga we muri Polisi Jinja muri shampiyona ya Uganda, mbere yo kwerekeza muri Villa SC muri 2004. Yagarutse muri Polisi Jinja muri 2006 maze muri 2008 atangira gukina inshuro ebyiri na Villa SC muri 2008. Simeon Masaba ahitamo kwinjira muri Uganda Revenue Authority, kumasezerano y'umwaka umwe ku mashiringi miliyoni 10. .
Umwuga mpuzamahanga.
Masaba yakiniye ubu ikipe y'igihugu y'umupira w'amaguru ya Uganda . Yakinnye imikino 69, atsinda ibitego 7. | 103 | 262 |
AHO INTASHYA YARIKA. HASHIZE imyaka irenga 3.000 umukurambere Yobu avuze ko inyoni zo mu kirere zishobora kutwigisha byinshi ku birebana n’ibyo Imana yaremye. Abantu bitegereje uko zibaho maze batanga ingero cyangwa imigani ifite icyo yigisha. Imirongo yo muri Bibiliya igira ibyo ivuga ku nyoni, itwigisha amasomo y’ingenzi mu mibereho yacu no mu mishyikirano dufitanye na Yehova. Reka turebe ingero nke.
AHO INTASHYA YARIKA
Intashya
Abaturage b’i Yerusalemu bari bamenyereye kubona intashya kuko zikunda kwarika mu bisenge by’amazu. Hari n’izari zararitse mu rusengero rwubatswe na Salomo. Buri mwaka intashya zarikaga mu rusengero, kuko zabaga zizeye ko ibyana byazo bizaba bifite umutekano.
Umwanditsi wa Zaburi ya 84 wari umwe mu bahungu ba Kora, akaba yarakoraga mu rusengero icyumweru kimwe mu mezi atandatu, yajyaga abona ibyo byari mu rusengero. Yifuzaga kumera nk’intashya, akibera mu nzu ya Yehova iminsi yose. Yaranditse ati “Yehova Nyir’ingabo, mbega ukuntu ihema ryawe rihebuje ari iry’igikundiro! Ubugingo bwanjye bwifuje cyane kwibera mu bikari bya Yehova, ndetse ibyo birabuzonga. Umutima wanjye n’umubiri wanjye bivugiriza impundu Imana nzima. Yemwe n’inyoni yabonye inzu, intashya na yo ibona icyari, aho yashyize ibyana byayo hafi y’igicaniro cyawe gikomeye, Yehova nyir’ingabo, Mwami wanjye kandi Mana yanjye!” (Zaburi 84:1-3). Ese twe n’abana bacu, tugaragaza ko twifuza cyane kuba hamwe n’abagize itorero, kandi ko tubyishimira?Zaburi 26:8, 12.
IGISHONDABAGABO KIMENYA IGIHE CYACYO
Umuhanuzi Yeremiya yaranditse ati “igishondabagabo kiguruka mu kirere kimenya neza igihe cyacyo.” Yari azi neza igihe ibishondabagabo byo mu Gihugu cy’Isezerano bitangirira kwimuka. Mu gihe cy’urugaryi, ibishondabagabo by’umweru bisaga 300.000 bifata urugendo bikava muri Afurika bikimukira mu Majyaruguru y’u Burayi binyuze mu kibaya cya Yorodani. Ibishondabagabo bimenya ko igihe cy’icyi kigeze, bikagaruka aho byavuye, bigatera amagi. Kimwe n’izindi nyoni zikunda kwimuka, na byo “bimenya igihe bizagarukira.”Yeremiya 8:7.
Hari igitabo cyavuze ko “ikintu gitangaje gifasha inyoni kwimuka ari ubugenge bwazo” (Collins Atlas of Bird Migration). Yehova Imana yahaye inyoni ubugenge bwo kumenya igihe zigomba kwimukira, naho abantu abaha ubushobozi bwo gusobanukirwa ibihe n’ibihe byagenwe (Luka 12:54-56). Ubumenyi buturuka ku Mana, ni ubw’ingenzi kuko budufasha gusobanukirwa neza ibihe turimo. Ibyo bikaba bitandukanye n’uko igishondabagabo kimeze kuko cyo kigendera ku bugenge. Abisirayeli bo mu gihe cya Yeremiya ntibitaga ku bihe barimo. Imana yasobanuye neza ikibazo cyabo igira iti “banze ijambo rya Yehova; none se ubwenge bwabo ni ubwenge nyabaki?”Yeremiya 8:9.
Muri iki gihe twibonera ibimenyetso bigaragaza ko turi mu ‘minsi y’imperuka’ nk’uko Bibiliya yabivuze (2 Timoteyo 3:1-5). Ese uzigana igishondabagabo, maze wite ku ‘bihe’ turimo?
KAGOMA IREBA IBIRI KURE
Kagoma
Kagoma ivugwa incuro nyinshi muri Bibiliya, kandi abantu bo mu Gihugu cy’Isezerano bari bamenyereye kubona icyo gisiga. Bibiliya ivuga ko kagoma yarika hejuru mu rutare, akaba ari ho iva ikajya ‘gushaka ibyokurya,’ kandi “amaso yayo akomeza kureba ibiri kure” (Yobu 39:27-29). Kagoma yitegereza ibiri kure ku buryo ishobora kubona n’urukwavu ruri mu ntera ireshya na kilometero.
Nk’uko kagoma ishobora “kureba ibiri kure cyane,” Yehova na we areba kure akamenya ibizaba mu gihe kizaza. Ni yo mpamvu Yehova agira ati “ni jye uhera mu ntangiriro nkavuga iherezo, ngahera mu bihe bya kera nkavuga ibitarakorwa” (Yesaya 46:10). Nitwumvira inama Yehova aduha, ubwenge bwe no kuba areba kure bizatugirira akamaro.Yesaya 48:17, 18.
Nanone Bibiliya igereranya kagoma n’abantu biringira Imana, igira iti “abiringira Yehova bazasubizwamo imbaraga. Bazatumbagira bagurukisha amababa nka kagoma” (Yesaya 40:31). Kugira ngo kagoma itumbagire yifashisha umwuka ushyushye. Iyo imaze kugera muri uwo mwuka, itanda amababa maze ikagenda izenguruka aho uwo mwuka ushyushye uri, ikagenda irushaho gutumbagira. Imbaraga kagoma ikoresha iguruka kandi ikagera kure, si izayo. Kimwe na kagoma, abiringira Yehova bagombye kumwishingikirizaho, kuko abasezeranya ko azabaha “imbaraga zirenze izisanzwe.”2 Abakorinto 4:7, 8.
“INKOKO IBUNDIKIRA IMISHWI YAYO”
Inkoko n’imishwi
Mbere gato y’uko Yesu apfa, yafashe akanya yitegereza umurwa mukuru w’Abayahudi. Yavuganye agahinda ati “Yerusalemu, Yerusalemu wica abahanuzi ugatera amabuye abagutumweho, ni kangahe nashatse gukoranyiriza abana bawe hamwe nk’uko inkoko ibundikira imishwi yayo mu mababa yayo! Ariko ntimwabishatse.”Matayo 23:37.
Bumwe mu bugenge buhambaye cyane inyoni zifite ni ubuhanga zikoresha zirinda ibyana byazo. Zimwe mu nyoni zitarika mu biti, urugero nk’inkoko, iba igomba kuba maso kugira ngo umwanzi atayihekura. Iyo irabutswe agaca mu kirere ihita ihamagara imishwi yayo, na yo igahita yirukira mu mababa ya nyina. Muri ayo mababa ni na ho udushwi twugama izuba ryinshi n’imvura. Yesu na we yifuzaga ko abaturage b’i Yerusalemu bamuhungiraho kugira ngo abarinde. Muri iki gihe, Yesu adusaba kumusanga ngo aturuhure imitwaro n’imihangayiko y’ubuzima, kandi adusezeranya ko azaturinda.Matayo 11:28, 29.
Dushobora kuvana amasomo menshi ku nyoni. Niwitegereza inyoni, ujye ugerageza kwibuka ingero zo muri Bibiliya zigira icyo zizivugaho. Intashya izajya ikwibutsa ko ugomba gukunda urusengero rwa Yehova. Jya wiringira isezerano ry’Imana ry’uko izaduha imbaraga tukaguruka nka kagoma. Jya ukurikira Yesu kugira ngo umenye ukuri, kuko kuzakurinda nk’uko inkoko irindira imishwi yayo mu mababa. Igishondabagabo cyo, kitwibutsa ko tugomba kuba maso kugira ngo dusobanukirwe ibibera mu isi byari byarahanuwe. | 755 | 2,292 |
Abize muri Wharton University mu ishoramari mu Rwanda. Katherine Klein, Umuyobozi Wungirije wa gahunda igamije guteza imbere imibereho myiza muri Kaminuza ya Wharton (Wharton Social Impact Initiative), ari na we wari uyoboye itsinda ry’abahoze biga muri Kaminuza ya Wharton baje mu Rwanda, yavuze ko “ Umuntu wese yakwifuza gufasha u Rwanda kugira ngo rukomeze kwiteza imbere.” Nyuma y’ikiganiro Katherine n’itsinda bari kumwe bagiranye na Perezida Paul Kagame kuri uyu wa 13 Nyakanga 2016, yabwiye Kigali Today ko ibiganiro byibanze ahanini ku buryo bwo guteza imbere ishoramari no guhanga imirimo. Kaminuza ya Wharton ni imwe muri za kaminuza zikomeye ku isi mu bijyanye n’imari n’ubucuruzi. Muri Gicurasi uyu mwaka, abanyeshuri 30 biga mu cyiciro ya gatatu cya kaminuza mu by’icungamari “Masters in Business Administration” baje mu Rwanda mu rwego rwo kureba aho iterambere ry’ubukungu bwarwo rigeze. Kaminuza ya Wharton yasinyanye amasezerano na Leta y’u Rwanda agamije gahahana ubumenyi ndetse no gushyigikira gahunda yo guhana amasoko hagati y’ibihugu. Gatare Francis, Umuyobozi w’Ikigo cy’Igihugu cy’Iterambere (RDB) yavuze ko urwo ruzinduko ruzamara icyumweru, rugamije kuzamura ishoramari mu Rwanda. Ati “Abagize iri tsinda ni abashoramari bakomeye, twizeye ko uru rugendo bakorera mu Rwanda ruzarangira hari aho babonye bagomba gushora imari yabo.” Gatare yongeyeho ko urwo rugendo ruje rukurikira urwo Perezida Paul Kagame yagiriye muri iyo Kaminuza m’Ukuboza 2015, aho yabashishikarije kuza mu Rwanda kureba amahirwe y’ishoramari ahari. Umunyamakuru @ umureremedia | 225 | 578 |
Gasiza: Yatawe muri yombi azira kwiba ibirayi. Uwera Monique, wibwe ibirayi, avuga ko yabwiye abakozi be gupimira ibirayi uyu musore amaze kubishyira ku igare ahita agenda atishyuye, kuva ubwo yirinda kugaruka mu isoko rya Gasiza. Yagize ati “Nahoraga muhamagara mubwira ngo azaze anyishyure, akambwira ko nta mwenda andimo”. Nizeyimana yemera ko ibirayi yabitwaye ariko akavuga ko yasize amwishyuye, ahubwo ari ugushaka kumubeshyera. Abandi bacuruzi bemeza ko Nizeyimana atigeze yishyura ndetse ko yahise acika muri iryo soko. Umunyamabanga nshingwabikorwa w’akagali ka Gasiza, Ndikumana Fiacre, avuga ko hari ibimenyetso byerekana ko Nizeyimana yibye ibirayi ku buryo bihutiye kumushyikiriza ubuyobozi bwa Polisi ya Rulindo kugira ngo yisubanure ku byo aregwa. Jean Noel Mugabo | 110 | 310 |
Umukinnyi wakiniye Real Madrid na FC Barcelona yafunzwe azira manyinya. Umunya-Argentine wakiniye FC Barcelona na Real Madrid nka rutahizamu, Javier Saviola yaraye ijoro ryose muri gereza nyuma yo gufatwa na Polisi yo muri Andorra atwaye yasinze. Saviola yaraye muri gereza ku Cyumweru tariki 4 Kanama 2024 arekurwa mu masaha y’igitondo cyo ku wa mbere tariki 5 Kanama 2024 nk’uko ikinyamakuru Altaveu cyo muri Andorra kibivuga. Saviola yafashwe na Polisi ya Andorra nyuma yo gufatwa atwaye imodoka yasinze, ubwo yafatwaga yapimwe igipimo cya alcohol iri mu mubiri we bigaragara ko ari amagarama 1.10 mu gihe amategeko yo muri Andorra avuga ko umuntu utwaye atagomba kurenza igipimo cya alcohol cya 0.5. Uretse kuba yaratawe muri yombi akarazwa muri gereza, Saviola yambuwe uruhushya rwe rwo gutwara ibinyabiziga mu gihe cy’umwaka wose. Saviola kuri ubu ufite imyaka 42 ni umwe mu bakinnyi babashije kwandika amateka yo gukinira FC Barcelona na Real Madrid ubwo bari bagikina, uyu akaba yarasanzwe ari umutoza wungirije w’ikipe ya FC Barcelone y’abatarengeje imyaka 19. Mu 2001 ubwo Saviola yarafite imyaka 19 yasinyishijwe na FC Barcelona avuye muri River Plate y’iwabo muri Argentine kuri miliyoni £15. Saviola yavuye muri FC Barcelona ubwo amasezerano ye yarangiye muri 2007 yerekeza muri Real Madrid, uyu ni nawe mukinnyi wa vuba uheruka gukinira aya makipe yombi. Saviola yahagaritse gukina umupira w’amaguru nk’uwabigize umwuga muri 2016, asoreza muri River Plate. Mu makipe yose yakiniye, Saviola yakinnye imikino 610, atsinda ibitego 224, atanga imipira 102 yavuyemo ibitego. Saviola yakiniye ikipe y’igihugu y’Argentine imikino 40 atsinda ibitego 11, atanga imipira 5 yavuyemo ibitego. | 255 | 637 |
Afurika: Hakenewe gufatwa ingamba zo kongera umusaruro w’inganda. Dr Ngabitsinze Jean Chrysostome Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, yagaragaje ko Umugabane wa Afurika ukwiye gushyiraho ingamba zo kongera umusaruro waba uwo mu nganda, ubuhinzi n’ubworozi, serivisi n’ibindi kuko gukomeza gukoresha cyangwa kurya ibyo batasaruye bishobora kuzagira ingaruka zikomeye mu bihe biri imbere. Yabibwiye abitabiriye Inama ya 11 yiga ku mutekano (National Security Symposium 2024), kuri uyu wa gatanu ari nawo munsi wayo wa nyuma. Hari mu kiganiro kigaruka ku buryo Afurika yakwigobotora ingaruka ziterwa n’ibibazo bikoma mu nkokora ubucuruzi birimo ibyorezo, intambara n’ibindi, uruhererekane mu bucuruzi ndetse n’imitego y’amadeni. Yavuze ko imbere ha Afurika hashobora kuzarangwa n’ibibazo bishingiye ku ibura ry’umusaruro. Ati “Aho turi kujya, ni ahantu tuzahura n’ibibazo byinshi kandi akenshi twibanda ku bibazo bituruka hanze. Ni gute twashyira imbaraga mu kwitegura ibishobora guturuka imbere mu gihugu? Ni gute twazatsinda ibyo byose? Igisubizo ni umusaruro, ikindi gisubizo ni umusaruro. Niba udasarura, ukaba urya, ni ikibazo.” Minisitiri Ngabitsinze yagaragaje ko igiteye inkeke ari uko Umugabane wa Afurika ufite ibisabwa byose ngo ukemure ibibazo bishingiye ku ibura ry’umusaruro, ariko ugasanga ari wo uri inyuma mu kugira umusaruro. Ati “Muri Afurika dufite abaturage, dufite urubyiruko, dufite umutungo kamere, dufite buri kimwe ariko muri Afurika, turi aba nyuma mu gutanga umusaruro.” | 205 | 582 |
Isinzi y’abafana ba DR Congo yaje gushyigikira ikipe yabo. Abaje mu gitondo cyo kuri uyu wa gatandatu tariki 30 Mutarama 2016, baje basanga abandi baharaye n’abari basanzwe baba mu Rwanda. Bose bazanywe no kureba umupira uhuza amakipe y’ibihugu byombi mu irushanwa rya CHAN ku gicamunsi cy’uyu wa gatandatu ku isaha y’isaa Cyenda. Dore amwe mu mafoto agaragaza uko babukereye: Abafana b’Amavubi nabo bageze kuri Stade kare Umunyamakuru @ sebuharara | 69 | 178 |
Abakinnyi barindwi b’abanyarwanda bagiye kumara iminsi 40 mu Bubiligi. Kuri uyu wa Kane Saa mbili za mu gitondo, abakinnyi barindwi b’umukino w’amagare barahaguruka i Kigali berekeza mu Bubiligi, aho bazasiganwa bakanahakorera imyitozo. Aba bakinnyi bakina mu ikipe ya Fly Cycling Club isanzwe iterwa inkunga n’uruganda rwa Skol, ni ubwa kabiri baza kuba berekeje muri iki gihugu. Mu kiganiro n’itangazamakuru, Benurugo Emilienne ushinzwe kwamamaza ibikorwa mu ruganda rwa Skol, yatangaje ko uru rugendo rugamije guha amahirwe abakinnyi b’abanyarwanda bakiri bato, bakaba banabona amakipe yabigize umwuga hanze. "Iyi minsi 40 aba bakinnyi bagiye kumara mu Bubiligi, dufite icyizere ko izaha amahirwe aba bakinnyi bakaba babona amakipe yabigize umwuga, kuko igihe bazaba batarushanwa bazaba bitoza, bitume banamenyera imibereho y’abakinnyi babigize umwuga" Aba bakinnyi bazaba bari mu mugi wa Eeklo mu Bubiligi, bazaba bafashwa n’abatoza batandukanye barimo Issa ndetse na Adrien Niyonshuti uzwi cyane muri uyu mukino w’amagare. Ntembe Jean Bosco, Umuyobozi wa Fly Cycling Club, yatangaje ko uru rugendo barwitezeho byinshi, cyane ko n’ubwo bajyagayo inshuro ya mbere byazamuye imikinire y’abakinnyi. "Urugendo twakoze ubushize twakinnye amarushanwa 11, ubu yikubye kabiri kandi nyuma yo kujyayo abakinnyi bacu bagarutse batangira kwitwara neza mu marushanwa twagiye dukina, ubu dufite icyizere ko bizarushaho" Abakinnyi bazerekeza mu Bubiligi Icyiciro cy’ingimbi: Nsabimama Jean Baptiste w’imyaka 18, Hakizimana Félicien w’imyaka 18, Muhoza Eric w’imyaka 17. Abatarengeje imyaka 23: Niyonshuti Jean Pierre w’imyaka 19 na Mutabazi Cyprien w’imyaka 19 Abakuru: Mugisha Moïse w’imyaka 22 na Dukuzumuremyi Fidèle w’imyaka 23. Umunyamakuru @ Samishimwe | 238 | 694 |
Amafaranga y’ejo hazaza ari mu kumenya imyuga - Minisitiri Musoni. Ibi minisitiri James Musoni yabitangarije mu karere ka Rwamagana tariki ya 14/02/2014, aho yafunguye ku mugaragaro ishuri ryigisha imyuga ryiswe “Ukwigira training center” riherereye mu mujyi wa Rwamagana ahitwa Buswahilini. Minisitiri Musoni yavuze ko ubu gahunda ya Leta ari iyo guteza imbere ahigishirizwa ubumenyi-ngiro bujyana ku kumenya imyuga kuko ngo iterambere ry’igihugu rizacyenera ubumenyi bw’abantu benshi bazi imyuga itandukanye. Ku rubyiruko ruri mu gihe cyo kwiga iki gihe rero ngo kumenya imyuga ni uburyo bwo kwitegura kuzaba ingirakamaro ndetse bakazagira n’icyo bazajya bakora bavanamo amafaranga. Iryo shuri minisitiri Musoni James yafunguye ku mugaragaro ni iry’umuryango wiganjemo Abayisilamu witwa Umbrella for Vulnerable ukora imishinga inyuranye igamije kurwanya ubukene mu Rwanda. Dusingizimana Issa wungirije umuyobozi wa Umbrella for Vulnerable yabwiye Kigali Today ko iryo shuri baryubatse ku nkunga y’umuryango w’Abadage witwa Muslim El Helfen, rikaba ngo ryaratwaye akayabo k’amafaranga y’u Rwanda miliyoni 120 mu kuryubaka ndetse rifite n’ibikoresho bya miliyoni 30 z’u Rwanda. Iri shuri ngo ubu ryigisha ibijyanye no gukora amashanyarazi no gusakaza amazi, ndetse no kwakira abantu. Umuyobozi w’intara y’Iburasirazuba wari witabiriye iyo mihango nawe yavuze ko iryo shuri baritegerejeho umusaruro w’ingirakamaro mu buzima bw’iyo ntara kuko hari gahunda yo gusakaza amazi n’amashanyarazi mu duce twinshi aho batayafite, ndetse no guteza imbere ubukerarugendo, aho abazaba bazi kwakira abantu neza bazabona akazi keza. Iri shuri rifite abanyeshuri 60, barimo abakobwa 25 n’abahungu 35, ariko ngo rifite intego yo kwakira umubare munini kurushaho. Amasomo y’imyuga bahabwa mu mwaka umwe arimo kwiga amashanyarazi, gukora imirimo y’amazi no kumenya kwakira abantu (front office). Ahishakiye Jean d’Amour | 262 | 722 |
Shampiona ya Basketball mu Rwanda irasubukurwa kuri uyu wa Gatanu. Ni nyuma y’akaruhuko kari kafashwe ubwo Abanyarwanda binjiraga mu cyumweru cyo kwibuka ku nshuro ya 23 Jenoside yakorewe Abatutsi, amakipe akaza kugaruka kuri uyu wa Gatanu ubwo haza kuba hakinwa imikino ibiri, harimo ukomeye uza guhuza ikipe yitwa "Patriots" na "IPRC Kigali". Imikino iteganyijwe Kuri uyu wa Gatanu Taliki 21/04/2017 18.00 ESPOIR BBC vs 30 Plus BBC @AMAHORO
20.00 PATRIOTS BC vs IPRC-Kigali BBC @AMAHORO Kuri uyu wa Gatandatu Taliki ya 22/04/2017 14.00 UBUMWE BBC vs IPRC-South BBC @AMAHORO (Abakobwa)
16.00 APR BBC vs IPRC-South BBC @AMAHORO Ku Cyumweru Taliki ya 23/04/2017 09.00 RUSIZI BBC vs REG BBC i RUSIZI
11.00 THE HOOPS RW G.T vs UR-HUYE BBC kuri Stade AMAHORO (Abakobwa)
13.00 UGB vs CSK BBC kuri Stade AMAHORO | 128 | 336 |
Umuhanzi Akon yaciye impaka ku rwego rwa Davido na Burna Boy. Umuhanzi Akon wamenyekanye mu myaka yo hambere mu ndirimbo zitandukanye yatangaje uwo abona ukomeye mu nganzo hagati ya Davido na mugenzi we Burna Boy.Ubwo yari mu kiganiro kuri podcast ya Drink Champs afatanije na N.O.R.E na DJ EFN, Akon yasabwe guhitamo umuhanzi urenze hagati ya Davido na Burna Boy kandi atitaye ku gihe umwe amaze mu muziki maze, ahitamo Davido.Yavuze ati: “Yoo! Birashoboka ko ndamutse ngiye nko mu nzira bakampitishamo uwo njyana nawe najyana na Davido. Yoo! Davido, uriya mwana burya ameze nk’ inyamaswa.Ikinyamakuru cyatangaje iyi nkuru, cyatangaje ko Akoni yahisemo Davido atari uko Burna Boy ari mu bibi.Gusa ntabwo ngo akunda guhisha amarangamutima ku bintu abona bimuryoheye.Aliaune Damala Bouga uzwi nka Akon asanzwe akunda abahanzi bo muri Afurika n’ubwo ari umunyamerika ariko ntabwo ariho aguma gusa kuko agerageza gukorera mu ngata abahanzi batandukanye b’Abanyafurika dore ko nawe akomoka mu gihugu cya Senegal. | 154 | 382 |
barabigaranzura. Bamwe mu Bahutu bahungira mu Rwanda n'i Butare muri Kaminuza hari harimo impunzi zimwe zitari abanyeshuri. Bari barabacumbikiye muri za jimunase. Nibwo hatangiye kuza umwuka ngo i Burundi Abatutsi barimo kwica Abahutu ngo natwe dukwiye kwihorera kub'ino. N'ubwo byari byarabaye mu 1972, muri 1973 abanyapolitiki b'i Kigali n'aho hose bati Abatutsi bishe Abahutu i Burundi, natwe tugomba kubikora. Mu mwaka wa 1973-1974 dusanga nta Mututsi n'umwe bemereye kwinjira muri Kaminuza, n'uwabaga arimo yabaga yarahinduye ubwoko, cyangwa yaciye izindi nzira. Ndumva hari umwe bavugaga cyangwa babiri. Abanyeshuri baturukaga mu rukiga nibo babaga bafite ubukana, Abahutu b'abanyenduga n'ubwo kabaga karimo ntibabikwerekaga. Bakabipanga mu nama ariko bagaceceka. Igihembwe cya mbere turakirangije, ariko uko tukirangije niko ubona abantu batakivugana. Mu minota 15 y'akaruhuko, Umuhutu akiruka ajya mu itsinda ry'Abahutu n'Umututsi agashaka Abatutsi. Mu kwezi kwa kabiri umwuka uba mubi cyane. Twumva ko mu mashuri yisumbuye batangiye gukubita Abatutsi. Mu Rwunge rw' Amashuri rwa Butare barabakubita barabirukana, murumuna wanjye wahigaga ataha ku Mayaga. Hashize iminsi bitangira kuza n'iwacu. Ntiwashoboraga kumenya umunsi bizabera. Wabonaga gusa birimo bitutumba. Umunsi badukubise, bwari gucya tugakora ikizamini. Njyewe nari niriwe mu nzu y'ibitabo ndiga kuko nari mfite ikizamini. Saa kumi n'ebyiri zigeze ndavuga ngo reka njye kurya ngaruke kwiga. Ngezeyo nsaga bamanitse urutonde ku rugi rw'aho turira, ngo Abatutsi bakurikira ntibarare aha ngaha. Comite du salut ariyo yasinye. Nsomye, mbona ho izina ryanjye. Ikintu cya mbere cyambayeho ni uko nashatse kugica, ariko mpindukiye nsanga barandeba. Nabonaga harimo abantu nzi mbaza mo umwe nti mbese ibi ni ibiki. Nti ese ibi ni ibiki murimo mwirukana abantu? Mbonye bimeze gutyo sinajya kurya nsubira gushaka ba bandi twabaga turi kumwe. Ngezeyo bati mbese wowe ntacyo uzi? Bati uyu munsi wose biriwe baduhiga. Bati n'iwawe bagiyeyo, ntabwo nari nagiye i Ruhande nari munsi y'ibitaro. Twibaza aho tuza kujya kugira ngo bataza kudukubita. Umwe aravuga ati ntituze kujya kurya tugume mu byumba turebe, nihagira ikiba dusimbuke. Uwo mugoroba hakaba hari sinema. Icyo gihe umunsi umwe mu cyumweru berekanaga sinema. Tuti abantu nibava muri sinema tube ariho dutaha. Njye nagiraga ngo nsohoke muri Kaminuza, nsubire aho nabaga. Nk'uko twabyibwiraga, sinema itangiye twumva ibintu biratuje. Njye ndasohoka njya iwanjye. Ba bandi baravuga bati biragaragara ko bwije reka tuzagende ejo habona. Ngeze iwanjye mpasanga umwana umwe wari urwaye ati baje hano kugushaka bakubuze. Nicara ntegereje ko bucya. Bigeze nko mu ma saa tatu y'ijoro, wa wundi mugenzi wanjye, witwaga Kayibanda, yari yagiye muri sinema nawe atabimenye. Aza yiruka ati ibintu bimeze nabi. Ati nta sinema yabaye ahubwo bagiyemo kugira ngo bahane ibimenyetso. Yari afite mushiki we w'umuforomo ati ejo tuzajye kumureba aducumbikire. Nta n'iminota icumi yashize. Tugiye kumva twumva induru ziravuga. Hepfo baragonga. Ubwo haba batangiye gukubita, uwitwa Ezechias R wabuhihi yarakubiswe, twanahunganye apfutse. Ariko ntawe bishe icyo gihe, byari bimeze nko kudukanga kugira ngo tugende. Wagira ibyago bakagukomeretsa, ariko nta mugambi wo kwica wabonaga uhari. Baravugaga ngo muri Kaminuza turi benshi kandi mu Rwanda turi bake. Ngo bashakaga iringaniza. Barara bakubita ngiye kumva numva bambutse no hakuno. Bavuye i Ruhande bambutse i Mamba. Bahereye mu nyubako nari ndimo. Ariko muri iyo nyubako Abatutsi twari bake cyane. Yari njye n'uwo muhungu twabanaga n'undi muntu wari warahinduye ubwoko. Babura uwo bakubita. Baza iwacu rero. Basanga njye na Kayibanda twafunze urugi twihisha mu cyumba. Baza gusanga iwacu rero urugi rudafunguye. Barakubita, | 542 | 1,507 |
Imbuto Foundation yakiriye abarenga 1,358 muri ArtRwanda-Ubuhanzi. ArtRwanda-Ubuhanzi ni umwe mu mishinga itezwa imbere na Imbuto Foundation ifatanyije na Minisiteri y’Urubyiruko, Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe Iterambere (UNDP) hamwe n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi(EU). Uyu mwaka urubyiruko rwahamagariwe kwiyandikisha no kumurika ibihangano byarwo guhera ku marushanwa y’ibanze yabereye ku rwego rw’Intara mu turere twa Huye, Nyamasheke, Musanze, Kayonza no mu Mujyi wa Kigali(ku Ngoro y’Ubugeni n’Ubuhanzi i Kanombe). Baraza bakamurika imwe mu mpano 9 buri wese yiyumvamo, haba mu muziki, mu kwandika no gutunganya filime, gufotora, ubugeni busanzwe hamwe n’ubwifashisha ikoranabuhanga(digital art), ikinamico n’urwenya, imbyino, imideli ndetse n’ubusizi n’ubuvanganzo. Uwitwa Ishimwe Merveil ufite izina ry’ubuhanzi rya Cyatema, asanzwe ari umukanishi ariko yaba ahugutse akegura inanga agacuranga, ahanini akangurira urubyiruko gukora aho kwishora mu ngeso mbi. Yacurangaga agira ati "Yee ye ye ye yeee! Bigize amabandi, bigize amabandi bakagombye kuba abahinziiii! Ufite imbaraga nyinshi, ufite ubwenge bwinshi ariko wanze kubikoreshaaa." Cyatema imbere y’abakemurampaka 7, bakaba ari abahanzi nyarwanda b’ibyamamare, yemerewe gukomereza mu mwiherero uzamara umwaka, akazavayo ashobora gutaramira imbaga y’abantu no guhindura inanga igicuruzwa ku rwego rw’Igihugu. Mugenzi we, Seraphine Umutoni w’imyaka 24 y’amavuko, asanzwe akora ubugeni bw’inkuru zishushanyije n’izikozwe nk’amashusho zagenewe abana, akaba ngo agamije kwagura uyu mushinga na wo ukagera ku rwego rw’ikigo gikomeye mu Rwanda. Umukozi wa Imbuto Foundation uyobora Ishami rishinzwe guteza imbere Urubyiruko, Alexis Muhire avuga ko icyiciro cya gatatu cyari gitegerejwe cyane ku buryo urubyiruko rumaze kucyitabira kugeza ku wa Kane ngo rwarengaga 1,358, rukaba rwiganje cyane muri Kigali. Muhire avuga ko hari ibigo by’Urubyiruko muri Kigali bimaze gukomera cyane kubera ArtRwanda-Ubuhanzi, birimo abanyamideli, abanyarwenya, abaririmbyi n’ababyinnyi, abafotora n’abandi, ubu ngo barimo kwinjiza amafaranga menshi bakitunga bagatunga n’abandi. Muhire ati "Nka Kezem arakubwira ati ’byibuze nahembye abakozi, nishyuye inzu, ntabwo nshobora kubura ibihumbi byanjye 800Frw mu kwezi’, Kwizera we ufite amasoko muri UN akubwira ko atajya abura Amafaranga y’u Rwanda nibura Miliyoni ebyiri iyo byagenze neza." Muhire avuga ko icyiciro cya mbere cy’abatangiye muri 2018 cyateje imbere abahanzi 68, icya kabiri cy’umwaka ushize aho bakirimo gutozwa kirimo abahanzi 60, ndetse ko ubu mu cya gatatu hashakwa ababarirwa hagati ya 60-70 bitewe n’abazaboneka babishoboye, amikoro no kwishyura Abarimu b’abahanga. Uretse ubumenyi aba bahanzi bahabwa, hari no kugenerwa amafaranga, ababakurikirana(mentor), ibikoresho bifashisha mu kazi, inzu (muri KBC) bagurishirizamo ibihangano, ndetse no gushakirwa akazi kerekana impano bafite. Uwabyumva ataramenya iyi gahunda, akaba ari muri Kigali, atari umunyeshuri wiga mu mashuri yisumbuye, afite imyaka y’amavuko hagati ya 18-30, yajya ku Ngoro y’Ubugeni n’Ubuhanzi i Kanombe bitarenze ku wa Gatandatu tariki 09 Ukuboza 2023, cyangwa agategereza umwaka utaha. Umunyamakuru @SimonKamuzinzi | 418 | 1,281 |
Ngudjolo yahanaguweho ibyaha by’intambara. Urukiko rwa La Haye rwari rwagejejweho ibirego bivuga ko inyeshyamba za Ngudjolo zahambaga abantu bakiri bazima, impinja zigakubitwa ku bibambasi, n’abagore bagafatwa ku ngufu, mu gihe cy’ubwicanyi bwakorewe abantu barenga 200 ahitwa Bogoro mu ntara ya Ituri tariki 24/02/2002. Ngudjolo yireguye avuga ko atigeze abigiramo uruhare, ahubwo ko yabyumvise nyuma. Ubushinjacyaha bwamuregaga ibyaha birindwi by’intambara n’ibindi bitatu byo kwibasira inyoko muntu. Abashinjacyaha bavugaga ko yashyiraga abana mu gisirikare ku ngufu yarangiza akabasaba kwica abantu bakoresheje imihoro. Umucamanza wari uyuboye urubanza, Bruno Cotte, yavuze ko rwamuhanaguyeho ibyaha kubera ko ubushinjacyaha butabashije gutanga ibimenyetso simusiga byemeza ko Ngudjolo yakoze ibyo byaha byose. Umucamanaza akomeza avuga ko n’abatangabuhamya banyuranyaga kandi ko icyemezo cy’urukiko cyafashwe n’abaruburanishaga bose. Hagati aho ariko urukiko mu ncamake ya raporo ya rwo ruvuga ko kuba nta bimenyetso bishinja Ngudjolo byabashije gutangwa ntibivuga ko ari umwere, kandi rugashimangira ko rutirengagiza ubugizi bwa nabi bwakorewe inzirakarengane muri Congo. Umucamanza Bruno Cotte yasabye ko Ngudjolo ahita arekurwa, ariko umushinjacyaha Fatou Besnouda nawe yahise avuga ko azajurira. Icyemezo cy’uko Ngudjolo arekurwa cyangwa akaguma mu buroko biteganyijwe ko cyiza gufatwa mu masaha ya nimugoroba kuri uyu wa kabili tariki 18/12/2012 kandi haramutse habayeho urundi rubanza rwazacibwa mu 2013. Gasana Marcellin | 200 | 595 |
Burera: Hagiye kuba isiganwa ryo gushaka abafite impano mu mukino w’amagare. Ni irushanwa rizabera mu mirenge ikora ku gishanga cy’Urugezi. Intera ya Kilometero 54 ni yo abasiganwa bazagenda kuri uwo munsi, aho bazahaguruka ku murenge wa Kivuye barekeze muri Santere ya Butaro bagaruke ku biro by’umurenge wa Bungwe. Kigali Today yaganiriye n’Umuyobozi w’Akarere ka Burera wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage Manirafasha Jean de la Paix asobanura ibijyanye n’iri rushanwa, ati "Ni irushanwa ryateguwe mu rwego rwo gushaka impano z’abana bakiri bato mu mukino w’amagare dore ko hari gahunda yo gutangiza ikipe y’uyu mukino." Yakomeje avuga ko abashaka kwiyandikisha bakwegera ku biro by’akarere ku mukozi ushinzwe urubyiruko na Siporo ndetse no ku biro by’umurenge n’akagari bibegereye . Iri rushanwa ryo gusiganwa ku magare i Burera ryabaye ku nshuro ya mbere umwaka ushize wa 2019 aho ryegukanywe na Shemaryabasore Alexis ukomoka mu Murenge wa Nemba. Inzira y’umwaka ushize yari Kidaho- Butaro basoreza ku mupaka wa Cyanika. Umunyamakuru wa Kigali Today/KT Radio @ KuradusengIsaac | 161 | 422 |
Imbuto Foundation yahembye abakobwa batsinze neza. Minisitiri Paula Ingabire avuga ko abakobwa bafite ubushobozi nk’ubw’abahungu kandi n’amahirwe igihugu kibaha angana. Asaba abana b’abakobwa kwiga cyane bagamije guteza imbere igihugu ariko bafite n’intego yo kuba abayobozi. Ati “Tubaremamo indangagaciro yo kwigira no kwiha agaciro bakumva ubushobozi bafite bungana n’ubwa basaza babo. Amahirwe Leta itanga ntirobanura. Bakwiye kwiga bagatsinda bagakorera igihugu bakajya no mu buyobozi bwacyo.” Ibi Minisitiri Ingabire yabitangarije i Nyagatare ku wa 16 Werurwe 2019, ubwo abakobwa 33 batsinze neza ibizamini bya Leta bahembwaga n’umuryango Imbuto Foundation. Uwera Asiah ni umwe mu bakobwa bahembwe kubera kwitwara neza mu bizamini bisoza amashuri yisumbuye. Avuga ko yashimishijwe cyane n’ibikoresho bahawe kuko bizabafasha kwiga neza kaminuza. Yemeza ko kugira ngo abigereho abikesha ikinyabupfura, kwiga ashyizeho umwete no kwiha intego. Ati “Mu by’ukuri birantunguye ntabyo nari niteze, ndishimye. Mudasobwa izamfasha kwiga neza kaminuza. Uyu musaruro ndawukesha umwete, ikinyabupfura no kwiha intego z’icyo nifuza kuba cyo.” Lydiane Kayiranga, inkubito y’icyeza(uwatsinze neza kurusha abandi) mu mwaka wa 2010 avuga ko yahuye n’ubuzima bugoranye mu myigire ye kuko n’ubwo yari yatsinze ikizamini gisoza amashuri yisumbuye neza, ubukene bw’umuryango we ngo bwatumye ajya gukora akazi k’isuku kugira ngo abashe kubaho. Icyakora ngo kwihangana byatumye abona amahirwe yo kwiga abikesha Imbuto Foundation. Ubu ni umukozi wa Imbuto Foundation ukora mu mushinga wa ECD. Asaba urubyiruko rw’abakobwa kudapfusha ubusa amahirwe igihugu kibaha no kwiha intego z’aho bashaka kugana. Ati “ Dukwiye gukoresha amahirwe dufite y’umwihariko kuko ataboneka mu bihugu byinshi. Abana b’abakobwa ntabwo henshi bemererwa kwiga no gukora. Dukwiye kuyabyaza umusaruro tukiha n’intego z’aho dushaka kugera.” Gisagara: Abakobwa basabwe kugira uruhare mu gutegura ahazazahabo Igikorwa cyo guhemba abakobwa bitwaye neza mu bizamini bya Leta cyabereye no mu Karere ka Gisagara mu Ntara y’Amajyepfo. Muri uwo muhango, abakobwa 70 bo mu Ntara y’Amajyepfo n’Umujyi wa Kigali batsinze neza mu bizamini bya Leta kurusha abandi ni bo bahembwe na Imbuto Fondation. Muri bo harimo 54 barangije amashuri abanza, icyenda barangije icyiciro rusange ndetse na barindwi barangije amashuri yisumbuye. Bahawe ibihembo birimo ibyemezo by’ishimwe ndetse n’ibikapu byarimo inkoranyamagambo y’icyongereza, ibitabo 2 byo kwigiramo icyongereza, ibikoresho byo mu ishuri (Boîte Mathématicale) n’ibikoresho by’isuku abakobwa bakenera. Harimo kandi ikayi yo kwandikamo gahunda y’umunsi, n’ibahasha irimo amafaranga ibihumbi 20 yo kubafasha gufunguza konti zo kuzigama ndetse no kubamenyereza kuzigama bakiri batoya. Abarangije icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye bongereweho akamashini kifashishwa mu kubara (calculatrice), naho abarangije amashuri yisumbuye bongererwaho mudasobwa zigendanwa. Ibi byose ngo babihawe mu rwego rwo gushishikariza n’abandi bana b’abakobwa bacyiga gukunda kwiga, nk’uko byavuzwe n’umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo, Jean de Dieu Uwihanganye, wari witabiriye iki gikorwa. Yagize ati “Guhemba abana b’abakobwa bitwaye neza, imbere y’abandi, biriya biba ari ubutumwa bwo kugira ngo bigaragare ko abana b’abakobwa bashoboye, ko babishyizemo imbaraga batsinda kandi neza, bikaba byabagirira akamaro. Ubutumwa bwahawe abana b’abakobwa bari muri ibi birori, ni uko batagomba kwitinya, bagashyira imbaraga mu kwiga kugira ngo ejo habo hazabe heza. Jacqueline Kayitare ukora mu rwego rw’igihugu rw’imiyoborere, RGB, yabaganirije ku buryo yize bimugoye ariko ubu akaba afite impamyabumeyi y’icyiciro cya gatatu (Master’s Degree) ndetse n’akazi. Yashoje ubuhamya bwe agira ati “Njya mbwira abana banjye ngo nzariha amafaranga y’ishuri, ariko sinzakwicarira ku ntebe y’ishuri. Uko byagenda kose, uruhare mu rugendo rw’ubuzima bwawe ni ngombwa.” Yunzemo ati “Nutangira kwemerera abahungu bakagushuka, ejo hazaza harimo gupfa ni ahawe. Kwiga ni byo bizakugirira akamaro kuruta ibindi byose umuntu yagushukisha, kuko numara kwibonera ibyawe ni bwo uzabona ko nta cyasimbura amahirwe yo kwiga mufite uyu munsi.” Abana bahembwe byabashimishije kandi ngo bafite intego yo gukomeza kwiga bashishikaye. Dorothée Dushimimana ufite imyaka 13 yahembewe kugira amanota meza mu bizamini bisoza amashuri abanza. Yagize ati “Byanteye kurushaho kwigirira icyizere, numva ko ngomba gukomerezaho. Ngiye kwiga nshyizeho umwete kugira ngo n’ibihembo by’ubutaha na byo nzabitware.” Abiga mu rwunge rw’amashuri Ste Bernadette i Save, ari na ho habereye uyu muhango, babonye bagenzi babo bahabwa ibihembo bavuga ko na bo bagiye kurushaho gukora cyane. Uwitwa Patience wiga mu mwaka wa kane ati “Bano bana bahembwe nabigiyeho gukora cyane, kwigirira icyizere no kumva ko nanjye nshoboye, ko n’ibihembo nabigeraho.” Batatu mu bana bahembwe na Imbuto Foundation barangije amashuri yisumbuye bize ibijyanye n’ubwubatsi, bemerewe guhabwa akazi mu gihe bagitegereje kujya kwiga muri kaminuza. Kuva umuryango Imbuto Foundation washingwa muri 2005, abakobwa 4,852 bamaze gushimirwa gutsinda neza ibizamini bya Leta. Andi mafoto | 704 | 2,040 |
Njyewe yanyoboye neza –Cyusa Ibrahim asobanura impamvu y’igitaramo cye. Umuhanzi Cyusa Ibrahim umenyerewe mu njyana gakondo avuga ko imiyoborere ya Perezida Kagame yamuteye gukora igitaramo akakitirira izina ry’indirimbo yamuhimbiye.
Yabigarutseho mu kiganiro n’itangazamakuru hagamijwe kurushaho gutanga amakuru ku bijyanye n’igitaramo Migabo live Concert giteganyijwe tariki 8
Kamena 2024.
Asobanura impamvu nyamukuru y’igitaramo Migabo live Concert yitiriye indirimbo yahimbiye Umukuru w’Igihugu Paul Kagame, Cyusa avuga ko ari bwo buryo bwonyine bwo kumushimira no kumutura iterambere rye yagezeho.
Ati: “Migabo ni indirimbo nahimbye nyihimbira Umukuru w’Igihugu, Intore izirusha intambwe, impamvu nacyise Migabo Live concert nkanagishyira ku itariki 8 Kamena 2024, ni uko hazaba habura iminsi mike tukagwa mu nka (Mu matora y’Umukuru w’Igihugu n’ay’abadepite).”
Yongeraho ati “Ni umusanzu wanjye wo gushima nk’umuntu muri iyi myaka 30 ishize, cyane ko njyewe yanyoboye neza, nishyuriwe n’Igihugu kuva mu mashuri yisumbuye kugeza nsoje Kaminuza, nagombaga kumwitura Nkamuhimbira indirimbo nkanakora igitaramo cyo kumushimira ni yo mpamvu igitaramo nacyise ririya zina.”
Cyusa avuga ko gutegura igitaramo cye wenyine yabigiriwemo inama na Muyoboke Alex umenyerewe cyane nk’umujyanama w’Abahanzi batandukanye.
Cyusa avuga ko Muyoboke Alex ari we wamuhaye Igitekerezo cyo gukora igitaramo
Ati: “Ndashimira cyane Muyoboke ni we wambwiye ati Cyusa dukore igitaramo, atuma nanjye nkanguka ndavuga nti ariko wa mugani igihe kirageze ko nkora igitaramo cyanjye, ndashimira Fiacre turahorana cyane, atari bo sinari kubasha gukora igitaramo, sinari kubasha kwaguka bigeze aha iyo bombi batamba hafi.”
Chriss Neat wongewe mu bafasha Cyusa gususurutsa abazitabira igitaramo, avuga ko kuri we gutarama muri Migabo live concert ari amahirwe akomeye.
Ati: “Ndumva nishimye cyane kuba ndi mu bazafasha Cyusa mu gususurutsa abazitabira igitaramo, ni amahirwe akomeye kandi ndi mu bazatuma kiba cyiza cyane twese uko turi ndahamya ko tuzatuma kiba cyiza cyane.”
Cyusa avuga ko gutegura igitaramo cye wenyine yabigiriwemo inama na Muyoboke Alex umenyerewe cyane nk’umujyanama w’abahanzi batandukanye.
Ni igitaramo biteganyijwe ko kizaba ku wa Gatandatu tariki 8 Kamena 2024, kikazabera muri Camp Kigali.
Uretse Cyusa hazaba harimo n’abandi barimo Inganzo ngari, Ruti Joel, Mariya Yohana ndetse na Chriss neat wongewemo.
Chriss Neat avuga ko ari amahirwe kuba azaririmba muri Migabo Live Concert
Chriss Neat na Ruti Joel mu bazafatanya na Cyusa Ibrahim | 337 | 984 |
Ukraine: Ibisasu by’Uburusiya birisuka ubutitsa mu gihe inkunga itarahagera ku bwinshi. Igisasu cy’ingabo z’Uburusiya cyo mu rwego rwa misile ya karahabutaka cyaguye ku cyambu cya Odesa gihitana abantu bane gikomeretsa abandi 18 harimo abana 2 n’umugore utwite.Bane mu bakomeretse bararembye aho bavurirwa mu bitaro by’indembe. Byatangajwe na guverineri w’iyo ntara Oleh Kiper.Mu ijambo yaraye agejeje ku baturage, Perezida Volodymyr Zelenskyy wa Ukraine yihanganishije imiryango y’abapfushije ababo n’abakomerekeye muri icyo gitero.Yashimangiye ko Ukraine ikeneye intwaro zivuye mu bihugu by’inshuti kugira ngo ziyifashe kwihagararaho imbere y’Uburusiya.Zelenskyy yavuze ko yaganiriye n’Umunyamabanga Mukuru w”umuryango wo gutabarana hagati y’ibihugu by’Uburayi n’Amerika (OTAN), Jens Stoltenberg, bakaganira ku kamaro ko kwihutisha umusanzu w’intwaro uyu muryango wahaye Ukraine. | 110 | 344 |
Inyubako yo muri Gare ya Musanze yafashwe n’inkongi y’umuriro. Mu masaha y’igitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki 20 Ugushyingo 2023, inyubako ikorerwamo ubucuruzi iherereye muri Gare ya Musanze, yafashwe n’inkongi y’umuriro hahiramo ibintu bitandukanye.Bamwe mu bacuruzi bakorera hafi y’iri gorofa, bakeka ko uyu muriro waba waturutse kuri gaz yari muri imwe mu maduka yaturitse.Police yahise ihagoboka ubu ikaba iri mu bikorwa byo kuzimya iyo nkongi hifashishijwe imodoka zabugenewe za kizimyamoto.Iyi nkongi y’umuriro yibasiye inyubako y’ubucuruzi muri Gare ya Musanze yangije ibyumba 17 muri 38.Polisi ivuga ko iyo nkongi yatewe na gas yaturitse, umuriro uhita ukwira mu gisenge cy’iyo nyubako cyubakishije imbaho za languette. | 104 | 299 |
UNESCO izifatanya n’Abanyarwanda Mu Kwibuka Ku Nshuro ya 30. Ku rubuga rwayo rwa murandasi, UNESCO yasobanuye ko Audrey Azoulay azagera mu Rwanda ku itariki 05, atahe kuri 07 Mata 2024 nyuma yo kwifatanya n’Abanyarwanda gutangiza icyumweru cy’icyunamo n’iminsi 100 yo kwibuka. Biteganyijwe, Azoulay ku itariki 06 Mata azasura urwibutso rwa Murambi ruruhukiyemo imibiri y’abarenga 50.000 bazize jenoside, aganire n’abayobozi barwo n’abarokokeye muri ako gace kari mu majyepfo y’u Rwanda. Urwibutso rwa Murambi, urwa Kigali, urwa Nyamata n’urwa Bisesero muri Nzeri 2023 UNESCO yazishyize mu murage w’Isi, kugira ngo zikomeze kugira uruhare mu kwigisha amateka ya Jenoside no mu gushimangira Ubwiyunge bw’Abanyarwanda. Mbere yo gutaha, Audrey Azoulay azashyikiriza Guverinoma y’u Rwanda icyemezo gihamya ko izi nzibutso zashyizwe mu murage w’Isi. Tariki ya 07 Mata, UNESCO izayobora umuhango wo kwibuka jenoside yakorewe Abatutsi uzabera ku cyicaro gikuru cyayo i Paris mu Bufaransa. Umunyamakuru @ Gasana_M | 143 | 392 |
Kicukiro:Umukobwa yafatiwe mu cyuho amaze kwiba asanganwa imfunguzo nyinshi yakinguzaga. Mu Karere ka Kicukiro mu Murenge wa Kigarama umukobwa uri mu kigero k’imyaka 30 yafatiwe mu cyuho amaze kwiba asanganwa imfunguzo nyinshi yakoreshaga afungura inzu z’abaturage.Ibi byabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 6 Werurwe 2023.Uyu mukobwa yafashwe amaze gupakira kuri moto ibintu bitandukanye yari amaze kwiba birimo televiziyo ya Flat, mudasobwa n’ivarisi yuzuye imyenda n’ibindi bintu.Yanafatanywe imfunguzo nyinshi akoresha afungura inzu z’abaturage aba agiye kwibamo.Ababonye uyu mukobwa babwiye BTN ko yabanje kuzenguruka ingo zose zo mu mudugudu w’Izuba mu Kagari ka Nyarurama, agenda abaza abo ahasanze niba nta nzu yo gukodesha izirimo.Umwe yagize ati "Yiriwe azenguruka mu bipangu by’abantu, aha ngaha yahageze ajya no mu bwiherero bwaho bamusangamo bamubaza icyo ashaka, bakagira ngo ni umuntu yaje kuhareba kandi ahubwo ari ibintu ashaka kuza kwiba."Undi yagize ati "Aha ngaha muri uru rugo ntabwo bari bahari, bo bari bagiye ahubwo bakubitanye n’ibintu byabo barababwira ngo muhagarare ibi bintu nibyo mu rugo, ni uko twahise tumufata."Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’uyu Murenge wa Kigarama ,Umubyeyi Mediatrice, na we yemeje ko uyu mukobwa yafashwe amaze kwiba.Ati "Amakuru twayamenye ariko ngira ngo yafashwe n’ubuyobozi cyangwa irondo kuko we yari yaje kwiba. Icya mbere ni ukwicungira umutekano, bagasiga bafunze neza, icya kabiri ni ugufatanya n’ubuyobozi, aho babonye hari ikibazo bakavuga ngo uyu muntu uje bwa mbere muri uyu mudugudu ntabwo yari ahasanzwe."Uyu mukobwa yahise ajyanwa n’imodoka y’umutekano y’Umurenge wa Kigarama.Abaturage baboneyeho gusaba ubuyobozi kujya buhana bwihanukiriye abantu bafatiwe mu cyuho biba abaturage, kugira ngo iki kibazo gicike. | 251 | 718 |
Umuyobozi wa Wagner warugiye gutera kudeta Putin wavuze byinshi ku mugambi w’itsinda ryabo. Mu minsi mike ishize Abarwanyi bo mu itsinda rya Wagner bari bigaruriye imijyi 2, y’Uburusiya, harimo uwitwa Rostov-on-Don, ufatwa nk’icyicaro gikuru cy’ibikorwa bya gisirikari by’Uburusiya mu ntambara barimo n’igihugu cya Ukraine.Bagifata iyo mijyi , umukuru w’itsinda rya Wagner, Yevgeny Prigozhin, yari yatangaje ko bifuza kwinjira mu murwa mukuru, Moscou, bagakuraho ubutegetsi bwa Perezida Vladimir Putin.Nyuma yo kumva iyi ntego Prezida w’Uburusiya, yahise afata uyu mugabo nk’umuhemu, asaba (...)Mu minsi mike ishize Abarwanyi bo mu itsinda rya Wagner bari bigaruriye imijyi 2, y’Uburusiya, harimo uwitwa Rostov-on-Don, ufatwa nk’icyicaro gikuru cy’ibikorwa bya gisirikari by’Uburusiya mu ntambara barimo n’igihugu cya Ukraine.Bagifata iyo mijyi , umukuru w’itsinda rya Wagner, Yevgeny Prigozhin, yari yatangaje ko bifuza kwinjira mu murwa mukuru, Moscou, bagakuraho ubutegetsi bwa Perezida Vladimir Putin.Nyuma yo kumva iyi ntego Prezida w’Uburusiya, yahise afata uyu mugabo nk’umuhemu, asaba ko bamufata bakamushyikiriza ubutabera.Icyakora nyuma y’amasaha make Urwego rw’igihugu rushinzwe umutekano mu Burusiya, rwatangaje ko ko bahagaritse iperereza kuri Yevgeny Prigozhin n’abarwanyi b’abacanshuro bo mu mutwe wa Wagner.Itangazo ryasohowe n’uru rwego ryagaragaye mu bitangazamakuru byo mu Burusiya, ryavuze ko abagize uruhare muri uko kwigomeka bahagaritse ibikorwa bigamije gukora icyaha cyo kugirira nabi ubutegetsi.Kudakurikirana abo barwanyi mu butabera ni kimwe mu byemeranyijweho nyuma y’uko kwigomeka bihagarara.Nyuma yo guhagarika iri perereza Perezida Vradimir Poutine yahumurije abaturage be abamenyeshya ko ikibazo cyari cyavutse cyacyemuwe, abasaba gukomera no gukomeza imirimo yabo ntibagire ubwoba.Nyuma y’ibi byose Perezida wa Belarus Aleksandr Lukashenko, yatangaje ko yamaze guha ubuhungiro uyu mukuru w’wa Wagner nyuma yo kuganira nawe.Uyu mu Perezida yavuze ko agomba guhuza uyu muyobozi na Perezida Putin, ndetse agaragaza ko umuyobozi wa Wagnner ubu ari mu gihugu cye ndetse ari kumwe n’abajenerali be.Yavuze ko yagiranye ikiganiro naewe kuburyo burambuye, ndetse avuga ko uyu mugabo w’intwari ashobora kuba yaratekereje gukora ibyo yakoze nyuma yo kugira umujinya yari nyatewe n’umuyobozi w’ingabo wo mu Burusiya, ndetse icyo gihe bikaba bivugwa ko Wagner yarashweho ibisasu byinshi n’ingabo z’Uburusiya ndetse hagapfa abasirikare benshi bo muri Wagner.Aha niho havuye amagambo yakwirakwiye ku mbuga nkoranya mbaga avuga ko amabanga ya Wagner yose yashyizwe hanze. | 346 | 995 |
Gicumbi: Minisitiri Wungirije wa Luxembourg yasuye imishinga itera inkunga. Minisitiri w’Intebe Wungirije akaba na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Luxembourg, Xavier Bettel, yasuye Irerero ry’Abana bato mu Murenge wa Ruvune mu Karere ka Gicumbi. Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu, ku wa 19 Kamena 2024, ni bwo Minisitiri w’Intebe Wungirije wa Luxembourg, Xavier Bettel, yasuye Akarere ka Gicumbi mu ruzinduko rw’akazi akomeje kugirira mu Rwanda. Muri aka karere, Minisitiri w’Intebe Wungirije wa Luxembourg, Xavier Bettel, yasuye irerero ry’abana bato riherereye mu Kagari ka Rebero mu Murenge wa Ruvune, anaganira n’ababyeyi barifitemo abana. Luxembourg itera inkunga umushinga wa Humanity Inclusion na yo ifasha iri rerero mu bikorwa byo kwita ku bana barirererwamo barimo n’abafite ubumuga bagera kuri 20. Minisitiri w’Intebe wungirije wa Luxembourg, Xavier Bettel, yishimiye uko abana bafite ubumuga bitabwaho. Ababyeyi bo mu mirenge ine irimo uwa Rushaki, Ruvune, Bwisige na Rwamiko bafite abana muri iri rerero by’umwihariko abafite ubumuga, bishimiye ko Leta y’u Rwanda yabazaniye abafatanyabikorwa babafasha kumenya ubuzima bwabo. Minisitiri w’Intebe wungirije wa Luxembourg, Xavier Bettel, yanasuye Ibitaro by’Akarere bya Byumba, aho yasuye serivisi zitandukanye ndetse anagirana ibiganiro n’abaganga. Uyu muyobozi yageze i Gicumbi nyuma y’uko ku mugoroba wo ku wa kabiri yakiriwe na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame muri Village Urugwiro. Baganiriye ku ngingo zitandukanye zirimo izibanze ku gukomeza kwagura umubano w’u Rwanda na Luxembourg. Kuri uyu munsi, u Rwanda na Luxembourg byasinyanye amasezerano y’inkunga ya miliyoni 12 z’Amayero, arenga miliyari 16 Frw, azifashishwa mu bikorwa byo kubungabunga amashyamba, kurengera ibidukikije ndetse n’ingufu zisubira. Yashyizweho umukono na Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Yusuf Murangwa na Minisitiri w’Intebe Wungirije wa Luxembourg, Xavier Bettel. | 263 | 704 |
Spinal Cord Injuries Australia. Spinal Cord Injuries Australia ( SCIA ) ni umuryango utegamiye kuri Leta utanga ubuvugizi na serivisi ku bantu bafite ibikomere by'umugongo ( parapelegiya, qadiripelegiya ) n'ibindi bisa.
Amateka.
SCIA yashinzwe muri 1967 nk'ishyirahamwe rya Quadripelegike rya Ositaraliya n'itsinda ry'abarwayi bo mu bitaro bya Prince Henry i Sydney, Ositaraliya . Ntibashoboye kuva mu bitaro kubera ko nta macumbi cyangwa serivisi byabateraga inkunga mu baturage. AQA yahinduye izina muri 2003.
Mu itegeko nshinga rya SCIA byibuze 50% by'inama y'ubuyobozi igomba kugira imvune y'umugongo cyangwa imiterere isa.
Abanyamuryango bashinze ni Trevor Annetts, Tom Clarke, Graeme Dunne, David Fox, Peter Harris, George Mamo, Jim McGrath, Robert McKenzie, Alan Moore, John Munday, Cecil Murr, Brian Shirt, Paul Sorgo, Stan Wanless, na Warren Mowbray. David Fox niwe wabaye perezida wa mbere. Bashishikarijwe gushinga umuryango n’umukozi ushinzwe imibereho myiza y’abaturage Gary Garrison, ushyigikiwe na Dr George Burniston .
Serivisi.
Serivisi zitangwa na SCIA uyu munsi n'amakuru, ubuvugizi, amacumbi aboneka, Guhuza gahunda ya NDIS no guhuza ibikorwa, akazi, urungano nimiryango ifasha hamwe na NeuroMoves serivise idasanzwe, yuzuye, ishingiye kubimenyetso hamwe n'ubuvuzi k'ubantu ba bana n'uburwayi bw'imitsi cyangwa ubumuga bwu mubiri.
Itsinda ry’abakiriya ba SCIA ryitaba telefoni zirenga 850 ku mwaka ziva mu Banyaustraliya ba mugaye n’imiryango yabo, kandi rikomeza isomero ry’abamugaye ku biro bya SCIA i Sydney, muri Leta ya New South Wales. Isomero ry'ibitabo bya SCIA ku murongo ritanga ibikoresho bitandukanye ku bantu bafite ibikomere byu mugongo n'imiryango yabo, bikubiyemo ingingo n'ibisobanuro birambuye byu buvuzi, ubufasha na serivisi zu bujyanama. Itsinda rya makuru yo mukarere kandi ritanga ubufasha ninama kugiti cya bantu bafite ikibazo cyu mugongo mugace ka NSW. | 259 | 694 |
U Busuwisi: Abanyarwanda bizihije umunsi wo Kwibohora ku nshuro ya 30. Ibi birori byabereye ku cyicaro Gikuru cy’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS). Byitabiriwe n’abahagarariye ibihugu byabo ndetse n’imiryango mpuzamahanga i Genève, Abanyarwanda batuye mu u Busuwisi ndetse n’inshuti z’u Rwanda. Ambasaderi Uhagarariye u Rwanda mu Busuwisi ndetse no mu Muryango w’Abibumbye i Genève, James Ngango, yagarutse ku rugendo u Rwanda rwanyuzemo mu kwiyubaka mu myaka 30 ishize, anashima ubutwari, umurava ndetse no gukunda igihugu byaranze ingabo za RPA, zakuye u Rwanda mu icuraburindi zigahagarika Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Yagize ati "Ku ya 4 Nyakanga 1994, ingabo z’Umuryango FPR-Inkotanyi, zari ziyobowe na Nyakubahwa Paul Kagame, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, wahagaritse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, bityo Abanyarwanda bongera kugira icyizere cy’ejo hazaza, biteza imbere, bubaka u Rwanda tubona none. Iyi ntsinzi ntiyarokoye ubuzima bwa benshi gusa, ahubwo yahaye amahirwe buri Munyarwanda yo kugira uruhare mu kwiyubaka ndetse no kubaka Igihugu." Ambasaderi Ngango yanagarutse kandi ku rugendo rutari rworoshye rwagejeje u Rwanda ku bumwe bw’Abanyarwanda, ukwihesha agaciro ndetse n’iterambere mu myaka 30 ishize. Yagize ati “Nyuma y’imyaka 30 rubohowe ingoyi y’amacakubiri, u Rwanda kuri ubu ruri mu bihugu biza ku isonga muri Afurika mu kugira icyerekezo cy’ iterambere rirambye mu nzego zinyuranye, cyane cyane mu ishoramari, ubukerarugendo, ubuvuzi, uburezi n’ahandi.” Yakomeje asaba abitabiriye ibyo ibirori gusura no gushora imari mu Rwanda igihe icyo ari cyo cyose, anabatumira ku kwitabira shampiyona y’Isi y’umukino wo gusiganwa ku magare mu 2025, izakirwa n’u Rwanda kuva ku ya 21 kugeza ku ya 28 Nzeri 2025. Ni ku nshuro ya mbere iri rushanwa rikomeye ku Isi rizaba ribereye mu Rwanda no ku mugabane wa Afurika muri rusange. Muri ibyo birori kandi, hanasojwe imurikagurisha ry’ibihangano byiswe "Fierce Femmes" ryaberaga muri Gallery Brulhart i Genève, rikaba ryarateguwe na Kakizi Jemima, mu rwego rwo kugaragaza ibihangano by’abahanzi b’Abanyarwandakazi batanu ari bo Cynthia Butare, Odile Uwera, Teta Chel, Crista Uwase, na Miziguruka. Iri murikagurisha ryateguwe mu rwego rwo kwifatanya n’u Rwanda mu bikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 mu Rwanda, binyuze mu bikorwa by’ubugeni. Kwizihiza Kwibohora ku nshuro ya 30 ni uguha agaciro ubutwari bw’abahagaritse Jenoside, hizihizwa ubudacogora bw’Abanyarwanda ndetse hanashyigikirwa ubuyobozi bwiza bushyira imbere ubumwe bw’Abanyarwanda, iterambere no kwigira. Byari ibyishimo ku bitabiriye ibyo birori Ambasaderi Ngango James yakira abitabiriye ibyo birori Umuhamirizo w’Intore uri mu byasusurukije abitabiriye uyu muhango Muri ibyo birori habayeho umwanya wo kugaragaza umuco nyarwanda Muri ibyo birori kandi hasojwe imurikagurisha ry'ibishushanyo byakozwe n'Abanyarwanda Urubyiruko narwo ruri mu bitabiriye ibi birori Abayobozi batandukanye bifatanyije n'u Rwanda mu birori byo kwizihiza umunsi wo kwibohora Amb. Ngango yashimye abitabiriye ibi birori Dr Tedros Adhanom Ghebreyesus (uwa gatatu uturutse iburyo) uyobora OMS ari mu bitabiriye uyu muhango Umuhamirizo w’Intore uri mu byasusurukije abitabiriye uyu muhango Muri ibyo birori habayeho umwanya wo kugaragaza umuco nyarwanda [email protected] | 466 | 1,302 |
Umuryango w’Umusizi Innocent Bahati Uracyabaririza Irengero Rye. Hagati mu kwezi kwa Kabiri uyu mwaka ni bwo Ijwi ry’Amerika yabagejejeho inkuru y’ibura rya Bwana Bahati Innocent, umusizi w’Umunyarwanda. Icyo gihe umusizi mugenzi we Junior Rumaga wanafashe iya mbere mu gushakisha mugenzi we yadutangarije ko Bahati yaburiye i Nyanza mu majyepfo y’igihugu aho yari yagiye gutegurira igisigo cyagombaga kujya ahagaragara. Umusizi Rumaga yatubwiraga ko ku italiki 07/02 Bahati yahamagawe n’umuntu utaramenyekanye amusaba ko bahurira kuri imwe mu mahoteli ari mu mujyi wa Nyanza ariko kuva ubwo telefone ze zihita ziva ku murongo. Mu kiganiro kigufi Ijwi ry’Amerika yongeye kugirana n’umusizi Rumaga yadutangarije ko atigeze ahwema gushakisha umusizi mugenzi we ariko ko kugeza ubu nta kanunu k’aho aherereye. Ku itariki ya 12/02 uyu mwaka Ijwi ry’Amerika yari yagerageje kuvugana n’urwego rw’ubugenzacyaha mu Rwanda RIB ntibyadukundira ariko mu butumwa bugufi Bwana Thierry Murangira uvugira urwo rwego yatwoherereje bwavugaga ko batangiye iperereza kuva ku itariki 07/02 nyuma yo kwakira ikirego gishakisha umusizi Bahati. Kuri uyu wa Gatatu Ijwi ry’Amerika ryongeye guhamagara umuvugizi w’urwego rw’ubugenzacyaha mu Rwanda Bwana Murangira tugamije kumenya aho iperereza batangiye rigeze ndetse no kumenya niba hari icyo bamaze kugeraho ariko ntibyadukundiye. Umuvugizi wa RIB yadusabye kumwandikira ubutumwa bugufi ariko dutegura iyi nkuru ntacyo yari yakabusubijeho. Nagira icyo atubwira twakibatangariza mu makuru yacu ataha. Ubwo yari mu kiganiro n’abanyamakuru hari mu kwezi kwa 11 umwaka ushize wa 2020, Col Jeannot Ruhunga yabajijwe ku kibazo cy’ababurirwa irengero cyane ku mpamvu za politiki ku batavuga rumwe n’ubutegetsi maze avuga ko kuburirwa irengero mu muryango ari ibintu bisanzwe. Umukuru wa RIB yemeje ko hari n’abantu baba bifitiye ibibazo byabo n’abavandimwe nk’ibyamadeni n’ibindi bagasohoka mu gihugu batavuze. Icyakora kuri iyi ngingo, umusizi Rumaga ukomeje guhangayikishwa n’ubuzima bw’umuvandimwe kugeza ubu bitazwi irengero rye akavuga ko bitaribupfe gushoboka ko Bahati Innocent yasohoka igihugu atamubwiye. Umusizi Bahati Innocent azwi ku gisigo cyamamaye muri ibi bihe bya COVID-19 yise “Urwandiko rwa benegakara” muri icyo gisigo anenga imyitwarire y’ibihugu byo muri Afurika yo munsi y’ubutayu bwa Sahara avuga ko bitagombye gushyiraho gahunda ya guma mu rugo kuko abaturage babyo bashobora kwicwa n’inzara kuruta kwicwa n’icyorezo. U Rwanda mu bihe bitandukanye rukunze gutungwa agatoki n’imiryango mpuzamahanga iharanira iyubahirizwa ry’uburenganzira bwa muntu ndetse n’ibihugu bya rutura ko ruhonyora uburenganzira bwa muntu. Mu mpera z’ukwa Mbere uyu mwaka U Rwanda rwasabwe guhagarika ibikorwa byo guhonyora uburenganzira bwa muntu birimo gufungira abantu ahatazwi , hari mu gikorwa cyo kumurika uko rwashyize mu bikorwa imyanzuro- nama ngarukagihe ku iyubahirizwa ry’uburenganzira bwa muntu i Geneva. Ni ibirego ruhora rwamaganira kure ruvuga ko nta shingiro bifite. Mu ibaruwa ndende ifunguye Bwana Christopher Kayumba, Umushakashatsi wahoze yigisha muri Kaminuza y’u Rwanda aherutse kwandikira umukuru w’u Rwanda Paul Kagame ku itariki 10 z’ukwezi kwa Kabiri anenga imyitwarire y’inzego muri ibi bihe bya COVID-19 yavuze ko n’ubwo abategetsi bakomeza guhakana ko ibikorwa byo guhonyora uburenganzira bwa muntu biriho mu Rwanda, nk’iyicarubozo no gufungira abantu mu nzu z’imbohe z’ibanga zizwi nka “Safe Houses” biriho. Akavuga ko Ababihakana barimo minisitiri w’ubutabera byashoboka ko batazi ukuri mu nzego bashinzwe cyangwa se bakirengagiza ukuri kw’ibiriho birinda ingaruka byabagiraho. | 502 | 1,409 |
Amafoto:Reba uburanga bwa Hannah Karema wegukanye ikamba rya Miss Uganda 2023. Mu mafoto atandukanye ihere ijisho uburanga bwa Hannah Karema Tumukunde wegukanye ikamba rya Miss Uganda 2023.Mu ijoro ryo ku wa Gatandatu tariki 18 Werurwe 2023, nibwo Hannah Karema Tumukunde yatorewe kuba Nyampinga wa Uganda mu bakobwa 20 bahataniraga iri kamba, mu biriro byaberega mu nyubako ya ‘UMA Multi-Purpose Hall’ iri mu mujyi wa Kampala.Ibi ni ibirori byataramiwemo n’ibyamamare muri muzika muri Uganda nka Levixone, Jackie Chandiru, abasore bo mu itsinda rya B2C n’abandi.Irushanwa rya Nyampinga wa Uganda ryaherukaga kuba mu 2019 ritwawe na Oliver Nakakande. Mu myaka yakurikiyeho ryaburijwemo n’icyorezo cya Covid-19.Mu 2021, Oliver Nakakande yaje gusimburwa n’igisonga cye cya mbere, Elizabeth Bagaya bitewe nuko yari agiye gukomereza amasomo ye mu Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu.Elisabeth Bagaya ni we waje guha ikamba rya Nyampinga wa Uganda kuri Hannah Karema Tumukunde, Ademun Whitney Martha aba igisonga cya mbere, Prossy Agwang aba igisonga cya kabiri. | 153 | 377 |
Abikorera nibo pfundo rizatuma intego za Leta zigerwaho –Min Kanimba. Zimwe mu ntego u Rwanda rwihaye ni uko ubukungu bwarwo bugomba gukomeza kuzamuka bukagera kuri 11,5%, guhanga imirimo itari munsi y’ibihumbi 200 buri mwaka mu rwego rwo kugabanya ubushomeri mu rubyiruko, ndetse no kongera ibicuruzwa byoherezwa mu mahanga ku kigero cya 28% buri mwaka, kugira ngo hagabanywe icyuho kigaragara mu mihahiranire y’u Rwanda n’amahanga. Minisitiri Kanimba, ubwo yaganirizaga abikorera bo mu Ntara y’Amajyaruguru bari bashoje itorero ryaberaga i Nkumba mu Karere ka Burera, tariki ya 23 Werurwe 2015, yababwiye ko izo ntego zose zizagerwaho aribo babigizemo uruhare cyane. Agira ati “Ku ipfundo ni mwe muhari! Kuko ni mwebwe muri mu bikorwa byongera umusaruro.” Aha yabibutsaga ko bazafatanya na Leta ariko aribo bafashe iya mbere. Minisitiri Kanimba yakomeje ababwira ko izo ntego zizagerwaho ari uko nabo bafite intego kuko “iriya ntego y’igihugu yo kuzamukaho (ubukungu) 11,5% mu by’ukuri igomba kuba igiteranyo cy’intego zanyu”. Abikorera bibukijwe ko bakwiye kwishyira hamwe bagahorana imishinga y’ishoramari ibyara inyungu kandi itanga akazi. Munyankusi Jean Damascène, uhagarariye abikorera mu Ntara y’Amajyaruguru, ahamya ko abikorera ayoboye batangiye uburyo bwo kwishyira hamwe ku buryo bateganya imishinga minini izazamura ubukungu kandi igatanga akazi. Yatanze urugero rw’uruganda rutunganya umusaruro w’ibirayi rugiye gutangira gukorera mu Karere ka Musanze. Mu karere ka Gicumbi naho ngo abikorera bishyize hamwe bategura umushinga w’uruganda rw’ituragiro ry’amagi ruzabyara urundi ruganda rukora ikiribwa cya mayonezi (Mayonaise). Munyankusi akomeza avuga ko no mu tundi turere to mu Ntara y’Amajyaruguru abikorera baho bafite gahunda yo kwishyira hamwe bagatangiza imishinga iminini. Norbert NIYIZURUGERO | 252 | 716 |
Twagirimana yakubise umwana we arapfa. Ku mugoroba ubanziriza Noheli, Twagirimana, utuye mu murenge wa Gahengeri ho mu karere ka Rwamagana, yarakaranije n’umugore we baratukana cyane, maze umugore ava mu rugo nk’umuhunze ngo aze kugaruka yacururutse. Twagirimana yahise afata umwana we, Bisengimana Jean Bosco ufite imyaka irindwi, aramukubita cyane. Yabonye amurembeje, amufungirana mu nzu yigira ku kabari hafi aho amarayo umwanya. Nyuma yasubiye mu rugo iwe, arongera afata wa mwana arongera aramukubita kugeza ubwo yabonye atangiye kuva amaraso mu matwi agira ubwoba. Yahise amujyana ku kigo nderabuzima cya Gahengeri, bagerageza kumuvura mu minsi ibiri ariko birananirana, tariki 26/12/2011 umwana ashiramo umwuka. Twagirimana ubu afungiye kuri polisi y’igihugu, ahitwa i Nzige, akaba ategereje gushyizwa imbere y’umucamanza ngo hamenyekane impamvu zatumye akubita umwana we bigeze aho. Hatari Jean d’Amour | 126 | 362 |
Dennis Bots. Dennis Bots (yavutse ku ya 11 Kamena 1974) ni umuyobozi wa firime wa Zambiya-Ubuholandi.
Ubuzima bwa Biografiya.
Dennis Bots yavukiye mu mujyi wa Kitwe wa Zambiya mu 1974. Ababyeyi be b'Abaholandi babaga muri Zambiya, aho se yakoraga. Akiri uruhinja, yimukiye mu mujyi wa Gemert wo mu Buholandi. Se wa Bots yari umukinnyi wa firime ukunda cyane, kandi Bots yakoze filime ye ya mbere, "Shetani", afite imyaka 12, yerekana igishusho cyo muri Afurika cyaguzwe muri Wereldwinkel kandi kirimo umwuka. Bots ivuga nka firime kuva mubwana bwe, nka "Stand By Me", "E.T. the Extra-Terrestrial" and "The Neverending Story" . Yize muri Macropedius College kandi akora kuri tereviziyo yaho imyaka itari mike. Ku myaka 18, Bots yimukiye i Amsterdam kwiga film.
Mu 1996, Bots yahawe impamyabumenyi mu ishuri rya Filimi na Televiziyo yo mu Buholandi i Amsterdam. Yatangiye umwuga we akora kuri tereviziyo, ayobora ibice bya "serivise za Goudkust", "Rozengeur & Wodka Lime", "Goede tijden", "Slechte tijden" na "Trauma 24/7" . Muri 2005, Bots yayoboye filime ye ya mbere yerekana, "Zoop muri Afurika" . Yibanze cyane kuri firime zabana kuva yatangira. Bots yayoboye "Anubis en het Pad der 7 Zonden", ikaba yarabaye firime yarebwaga cyane mu 2008 mu Buholandi. Yayoboye Achtste Groepers Huilen Niet mu 2012, ahuza igitabo yatekereje gukora kuva mu 1999. Inkuru ivuga kubyerekeye umwana wimyaka cumi n'ibiri urwara leukemia.
Muri 2014, yayoboye "Oorlogsgeheimen" ("Amabanga y'intambara") yerekanwe bwa mbere mu iserukiramuco rya sinema rya Luxembourg mu 2015. Bots yakoze kandi kuri "serivise ya Celblok H" (2014) na "Orpheus Project" (2016). Muri 2017, yayoboye "Storm:Letters van Vuur", abaho mugihe cy'ivugurura ry'abaporotisanti . Iravuga amateka yumuyaga, umuhungu se yatawe muri yombi azira gucapa ibaruwa ya Martin Luther . Bots yayoboye "Circus Noel" muri 2019, kubyerekeye umukobwa winjiye muri sirusi. Byanditswe na Karen van Holst Pellekaan, Bots yakoranye na firime zabanje. Muri 2020, Bots yayoboye "Engel", ishingiye ku gitabo cyanditswe na Isa Hoes . Filime yanditswe na Ellen Barendregt ivuga amateka yumukobwa ushobora gukora ibyifuzo kubantu beza. Bots iba i Bussum . | 329 | 856 |
Batanu bari ku ruhembe rwa FDLR; umutwe uvuna umuheha ukongezwa undi muri RDC. Mu birindiro ukoreramo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ukorana n’ingabo z’iki gihugu ndetse n’Abanye-Congo bahuje na wo ingengabitekerezo y’urwango rushingiye ku moko. Uyu mutwe umaze imyaka irenga 20 ugenzura bimwe mu bice byo mu burasirazuba by’umwihariko mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ufite inzego zubakitse muri politiki ndetse n’igisirikare. Umuyobozi wawo mu rwego rwa politiki ni we ufatwa nk’umukuru. Nyuma yo gusoma no gusesengura inyandiko zitandukanye zizewe kandi zifite amakuru agezweho kuri uyu mutwe, tugiye kubagaragariza abayobozi bawo n’imyirondoro yabo. ‘Général’ Iyamuremye Gaston Iyamuremye azwi ku yandi mazina arimo Byiringiro Victor, Michel Byiringiro na Rumuli. Uyu ni we muyobozi w’agateganyo wa FDLR ku rwego rwa politiki, akaba ari na we Perezida w’uyu mutwe, nk’uko byemezwa na raporo y’impuguke za Loni yasohotse muri Kamena 2024. Yavukiye muri Segiteri Muko, Komini Nyakinama muri Perefegitura ya Ruhengeri mu 1948. Ubu ni mu murenge wa Muko, akarere ka Musanze mu ntara y’Amajyaruguru. Iyamuremye yize amashuri yisumbuye muri Collège St. André i Kigali, ajya mu masomo ya gisirikare mu ishuri rikuru rya gisirikare, ESM. Yaje kuyobora kampani mu kigo cya gisirikare cya Camp Kigali. Ubwo jenoside yakorerwaga Abatutsi mu 1994, Iyamuremye yari afite ipeti rya Major muri Ex-FAR. Ni umwe mu basirikare bahungiye mu nkambi ya Mugunga ubwo jenoside yahagarikwaga ndetse yabaye Komanda wungirije wa Brigade ya gatanu yari muri Diviziyo ya kabiri ya Ex-FAR yahungiye muri aka gace kari mu burengerazuba bwa Goma. Mbere yo kuba Perezida wa FDLR, Iyamuremye yabanje kuba Visi Perezida wa mbere w’uyu mutwe, yungiriza Murwanashyaka Ignace wapfiriye mu Budage muri Mata 2019. Iyamuremye ni we Perezida w'agateganyo wa FDLR ‘Général’ Ntawunguka Pacifique Ntawunguka azwi ku yandi mazina arimo Omega, Mulefu, Nzeri na Israël. Ni we muyobozi w’ishami rya gisirikare rya FDLR rizwi nka FOCA (Les Forces Combattantes Abacunguzi). Omega yavukiye muri Segiteri Gasebeya, Komini Gaseke muri Perefegitura ya Gisenyi mu 1964. Ubu ni mu karere ka Ngororero mu ntara y’Iburengerazuba. Yize amashuri abanza muri Komini Gaseke, akomereza muri Rwankeli. Ayisumbuye yayize muri Collège Christ Roi i Nyanza, nyuma yaho akomereza mu ishuri rikuru rya gisirikare, ESM, i Kigali. Nyuma ya ESM, yagiye kwiga amasomo yo gutwara indege mu Misiri, mu Bugiriki ndetse no mu Bufaransa. Ubwo jenoside yakorewe Abatutsi yatangiraga muri Mata 1994, Omega yayoboraga Batayo ya 94 yakoreraga mu Mutara, atsindwa n’ingabo za RPA Inkotanyi. Uru rugamba yanarukomerekeyemo ukuguru mbere yo guhungira i Kigali. Ntawunguka Pacifique ni Komanda wa FDLR FOCA ‘Brigadier Général’ Gakwerere Ezéchiel Gakwerere azwi ku yandi mazina arimo Sibomana Stany, Julius Mokoko cyangwa Sibo Stany. Ni Umunyamabanga Mukuru wa FDLR (mu rwego rwa politiki). Yavukiye muri komini Rukara muri Perefegitura ya Kibungo mu 1964. Ubu ni mu karere ka Kayonza, mu ntara y’Iburasirazuba. Mu gihe cya jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Gakwerere yari afite ipeti rya ‘Lieutenant’, akaba umwe mu basirikare bakoreraga mu ishuri rya ba su-ofisiye, ESO/Butare, aho yizerwaga cyane na Captain Nizeyimana Ildephonse wari umuyobozi wungirije waryo. Bivugwa ko Gakwerere yahawe inshingano yo kuyobora abasirikare bashya bitwaga ‘New Formula’ biciye Abatutsi benshi kuri za bariyeri n’ahandi hantu muri Butare. Gakwerere ni umwe mu basirikare boherejwe na Capt Nizeyimana mu rugo rw’Umwamikazi Rosalie Gicanda tariki ya 20 Mata 1994, baramwica. Anakekwaho uruhare mu rupfu rwa Habyarimana Jean Baptiste wayoboye Perefegitura ya Butare. Gakwerere Ezéchiel ni Umunyamabanga Mukuru wa FDLR ‘Général’ Hakizimana Apollinaire Hakizimana zwi ku yandi mazina arimo Amikwe Lepic, Adonia na Poète. Ni Komiseri ushinzwe igisirikare muri FDLR, nk’uko byemezwa n’impuguke za Loni. Yavukiye muri Komini Karago muri Perefegitura ya Gisenyi mu 1964. Ubu ni mu karere ka Nyabihu mu ntara y’Iburengerazuba. Hakizimana yabaye mu buyobozi bw’umutwe witwaje intwaro wa ALiR wabyaye FDLR, aho yari ashinzwe ubutasi. Icyo gihe we na bagenzi be bari bafite intego umugambi wo gutera u Rwanda, bakambura RPA Inkotanyi ubutegetsi. Kimwe na bagenzi be bari mu buyobozi bwa FDLR, na we yafatiwe ibihano n’amahanga, ashinjwa kugira uruhare mu gutegura ibikorwa byiciwemo Abanye-Congo, n’ibindi bihungabanya umutekano wo mu burasirazuba bwa RDC muri rusange. ‘Général’ Sébastien Uwimbabazi Uwimbabazi azwi ku yandi mazina arimo Gilbert Kimenyi, Manzi na Nyembo. Ni umuyobozi ushinzwe ubutasi bwa gisirikare (G2) muri FDLR. Yavukiye muri Komini Rutsiro muri Perefegitura ya Kibuye mu 1968. Ubu ni mu karere ka Rutsiro mu ntara y’Uburengerazuba bw’u Rwanda. Ubwo jenoside yakorewe Abatutsi yabaga mu 1994, Uwimbabazi yari umujandarume i Rwamagana muri Perefegitura ya Kibungo kugeza ubwo ingabo za RPA Inkotanyi zayifataga, agahungira i Nyanza. Mu gihe Uwimbabazi yagera i Nyanza, abavandimwe be babaga mu mutwe wiyitaga ‘Dragons’ wicaga Abatutsi muri Komini Nyabisindu no mu bice byari byegeranye muri Gitarama. Uwimbabazi avugwaho kubaha intwaro. Abandi bari mu buyobozi bwa FDLR barimo Lieutenant Colonel Turatsinze Donatien Sacramento Mohongue usanzwe ari Umuvugizi wayo ku rwego rwa gisirikare, Niyiturinda Placide alias Cure Ngoma akaba Umuvugizi ku rwego rwa politiki, Fidel Sebagenzi we ni umuhuza wa FDLR n’imitwe ya Wazalendo. FDLR kandi ifite umutwe w’abarwanyi badasanzwe uzwi nka CRAP (Commando de recherche et d’action en profondeur). Colonel Gustave Kubwayo alias Sirkoof ni we Komanda wayo kuva muri Werurwe 2024, akungirizwa na Ngabo Guillaume alias Bagdad. | 835 | 2,213 |
Mu Bashakaga Kwiyamamariza Ubuperezida Hari Uwatangaga Frw 2000 Ngo Bamusinyire-Utumatwishima. N’ubwo atamuvuze mu izina ariko Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah yatangaje hari umwe mu bashakaga kuziyamamariza kuyobora u Rwanda wahaga urubyiruko Frw 2000 ngo rumusinyire imikono 600 ikenewe ngo runaka yemerewe kwiyamamaza. Avuga ko ibi ari ikimenyetso cy’uko hatabayeho gukoresha ubwenge no gushishoza urubyiruko rw’u Rwanda rushobora gushukwa byoroshye rukaba rwakora amarorerwa. Minisitiri Dr Utumatwishima Jean Nepo Abdallah yagaragaje ko hari urubyiruko rugifite intege nke mu gufata imyanzuro ijyanye n’amahitamo ku buryo hari n’uwabashuka akabajyana mu migambi mibi. Ahera ku cyo kuba abo basore n’inkumi baremeye ayo mafaranga, akemeza ko hari n’abakwemera koreka igihugu bahawe amafaranga cyangwa bashutswe mu bundi buryo. Ati: “Wasanga hari uwaza akakubwira ati dufatanye umugambi mubi ukemera kuko abo navugaga nabo baremeye”. Yunzemo ati: “ Muri ibi bintu by’abakandida bashakaga kuba Perezida, Abadepite nabonye urutonde rw’urubyiruko rwasinyiye umukandida hanyuma ndakurikirana ndabaza abantu basinye ko bashyigikiye umukandida, (ni byo ni uburenganzira bwabo) ariko bambwira ko uwasinyaga wese yahabwaga ibihumbi bibiri (Frw 2000).” Ashingiye kuri ibi, Utumatwishima avuga ko byerekana ko amafaranga[kandi make] ashobora gutuma hari abemera gukora ibintu runaka umunyapolitiki runaka ashaka ariko byoreka igihugu kubera ko bahawe amafaranga. Minisitiri Dr Utumatwishima yagaragaje ko ari ngombwa gukomeza kwiga amateka y’igihugu kugira ngo abantu bamenye uko abanyapolitiki bo mu bihe byatambutse bakoresheje ngo bayobye abantu bityo amasomo abikubiyemo akaba ingirakamaro mu kwirinda ko bisubira. Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr Jean Damascène Bizimana nawe wari muri iki gikorwa cyo kwibuka urubyiruko rwazize Jenoside yagaragaje ko ingengabitekerezo ya Jenoside yigishijwe mu mashuri icengezwa mu rubyiruko kuko ba ruharwa barimo Arsène Shalom Ntahobari na Béatrice Munyenyezi bakoze Jenoside bafite imyaka 24. Ndetse ngo na Padiri Athanase Seromba nwemeye ko basenyera Kiliziya hejuru y’Abatutsi yari muto kuko yari afite imyaka 31 y’amavuko. Seromba yari Padiri mukuru wa Paruwasi ya Nyange ni muri Ngororero y’ubu. Kwibuka urubyiruko rwazize Jenoside yakorewe Abatutsi bikorwa buri mwaka, kuri iyi nshuro iki gikorwa cyitabiriwe n’abarenga 1500 bavuye mu turere twose. | 328 | 945 |
Ndjoli Kayitankore. Ndjol ni Umunyarwanda wavukiye muri kongo iya 23, Ugushyingo 1962 i Goma. Wamenyekanye cyane mu gukina filimi zo gusetsa mu Rwanda nka Kanyombya kuko yatangiye kuzikina 2001.byatumye amenyekana cyane kuko afatwa nkumwe mubantu bifatizo muri filimi zo gusetsa mu Rwanda. Yakinnye harimo "Bwenjye naguhenze,"Buhahara","abatubuzi","ibikuruka", "nyabingi" nizindi.
ubuzima bwa Kanyombya muri make.
Kanyombya yavutse kuri mama we Gaudence Mukandutiye na papa we Jean Baptiste Sakumi, avukira mu muryango w'abana 7 gusa hasigaye 5. Yize amashuri abanza kuri ecole primaire ste Andre i Goma, akomereza ayisumbuye muri Tuugane Institute ahava muri 1992 ahita ajya mu gisirikare yaje kuvamo muri 2002. Mu gisirikare yarwaniye mu ngabo za RPA zafashe igihugu muri 1994 , Avuye mugisirikare nibwo yatangiye gukina filimi kugeza nanubu ntiyigeze ahagarara. Kanyombya ubu afite umugore babanaga nuko baza gusezerana imbere y'amategeko muri 2012 kandi bafitanye abana 2 ndetse n'abandi barera. Kanyombya avugako impano yo gusetsa yayikuye ku muryango we kuko ngo bose abazi basetsa haba abavandimwe n'ababyeyi be. | 157 | 446 |
RDF yatangiye iperereza ku byaha byakozwe n’abasirikare. Ibyo byaha byakorewe i Nyarutarama mu Murenge wa Remera w’Akarere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali mu byumweru bibiri bishize. Ubushinjacyaha bwa Gisirikare buravuga ko abasirikare batanu bakekwaho ibyo byaha bafashwe bagafungwa. Igisirikare cy’u Rwanda kirizeza abaturage ko ubutabera buzatangwa, kandi ko urubanza rwabo ruzaburanishirizwa mu ruhame Iigisirikare cy’u Rwanda gitangaza ko kidashyigikiye ihutazwa ry’amategeko, cyangwa kurenga ku ndangagaciro z’igisirikare cy’u Rwanda, bikorwa n’abakozi bacyo, kandi kikizeza ko gishyize imbere ubutabera, umutekano no gufasha abaturage bagizweho ingaruka. Umunyamakuru @ CharlesRUZINDA2 | 87 | 273 |
Buri kintu kigira igihe cyacyo, ku isi buri gikorwa kigira umwanya wacyo. Hari igihe cyo kuvuka n'igihe cyo gupfa, hari igihe cyo gutera imyaka n'igihe cyo kuyisarura. Hari igihe cyo kwica n'igihe cyo gukiza, hari igihe cyo gusenya n'igihe cyo kubaka. Hari igihe cyo kurira n'igihe cyo guseka, hari igihe cyo gucura umuborogo n'igihe cyo kubyina. Hari igihe cyo kujugunya amabuye n'igihe cyo kuyarunda, hari igihe cyo guhoberana n'igihe cyo kudahoberana. Hari igihe cyo gushakashaka n'igihe cyo kuzibukira, hari igihe cyo kubika ikintu n'igihe cyo kukijugunya. Hari igihe cyo gutabura ikintu n'igihe cyo kugiteranya, hari igihe cyo guceceka n'igihe cyo kuvuga. Hari igihe cyo gukunda n'igihe cyo kwanga, hari igihe cy'intambara n'igihe cy'amahoro. None se ibikorwa umuntu aruhira bimwungura iki? Nitegereje imirimo Imana yahaye abantu kugira ngo bayikore, buri kintu cyose yakiremye ari cyiza mu gihe cyacyo. Imana yashyize mu bantu ibitekerezo by'igihe cyahise n'igihe kizaza, nyamara ntibashobora kumenya ibikorwa by'Imana uhereye mu ntangiriro ukageza mu iherezo. Nzi ko nta cyabera abantu cyiza, cyaruta kunezezwa no gukora ibyiza bakiriho. Iyo umuntu arya kandi akanywa, akanezezwa n'ibikorwa bye, ibyo biba ari impano y'Imana. Nzi ko icyo Imana yaremye kizaramba, nta cyo umuntu yacyongeraho cyangwa ngo akigabanyeho. Imana igenza ityo kugira ngo abantu bayubahe. Ibiriho ubu byigeze kubaho, n'ibizabaho byabayeho mbere. Imana ihora igarura ibyigeze kubaho. Hari ikindi nabonye ku isi: ahari hakwiriye kuba ubutabera n'ubutungane higanje ubugome. Naribwiye nti: “Imana izacira urubanza intungane kimwe n'umugome, kuko buri kintu cyose na buri gikorwa cyose kigira igihe cyacyo.” Ndongera ndibwira nti: “Ku byerekeye abantu, Imana irabagerageza kugira ngo biyumvishe ko bameze nk'inyamaswa.” Koko rero amaherezo y'abantu ni amwe n'ay'inyamaswa, urupfu rwabo ni rwo rw'inyamaswa, umwuka abantu bahumeka ni umwe n'uwazo. Abantu nta cyo barusha inyamaswa kuko amaherezo byose bihinduka ubusa . Ibyo byombi bijya hamwe, byombi biva mu mukungugu kandi bigasubira mu mukungugu. Ni nde uzi niba umwuka w'umuntu uzamuka hejuru, naho umwuka w'inyamaswa ukamanuka mu butaka? Uko nabibonye nta cyabera umuntu cyiza cyaruta kunezezwa n'ibikorwa bye, kuko ari wo mugabane we. None se ni nde uzamumenyesha ibizabaho amaze gupfa? | 337 | 962 |
Bombori bombori mu bakinnyi ba PSG nyuma yo gusezererwa na real Madrid. Aba bombi bateranye amagambo bagera nubwo bashaka gukozanyaho ariko batandukanwa na bagenzi babo mu rwambariro Bernabeu kuko amakimbirane yariyongereye nyuma yo gusohoka kwabo-16. PSG yahuye n’uruva gusenya ubwo yatsindwaga mu buryo budasobanutse,nyuma yo kuyobora n’ibitego 2-0 i Madrid. Habura iminota 15 ngo umukino urangire,Benzema yatsinze ibitego bibiri mu masegonda 12 gusa,arangiza urugamba rwari ruhuje ibi bigugu. Nk’uko Marca yabitangaje, ngo Neymar na Donnarumma bagiranye impaka zikomeye mu rwambariro, bashaka gufatana ariko batandukanwa na bagenzi babo. Neymar Jr ngo yegereye uyu munyezamu w’Umutaliyani amubaza ku byerekeye ikosa yakoze ryatumye Benzema atsinda igitego cya mbere cyahesheje amahirwe Real Madrid | 109 | 308 |
Real Madrid mu mazi abira mbere yo guhura na Liverpool. Ikipe ya Real Madrid imerewe nabi n’imvune kuko abakinnyi igenderaho bakiri mu mvune ndetse bananiwe kwitozanya n’abandi kuri iki cyumweru.Real Madrid igomba gukina umukino ubanza wa 1/16 cya UEFA Champions League na Liverpool kuri uyu wa Kabiri ariko ntabwo ifite abakinnyi bayo bo hagati Aurelien Tchouameni na Toni Kroos kuko batabashije kwitozanya na bagenzi babo mu ijoro ryo kuri iki cyumweru.Icyakora, Karim Benzema we ashobora gukina uyu mukino nubwo nawe atameze neza kubera ibibazo (...)Ikipe ya Real Madrid imerewe nabi n’imvune kuko abakinnyi igenderaho bakiri mu mvune ndetse bananiwe kwitozanya n’abandi kuri iki cyumweru.Real Madrid igomba gukina umukino ubanza wa 1/16 cya UEFA Champions League na Liverpool kuri uyu wa Kabiri ariko ntabwo ifite abakinnyi bayo bo hagati Aurelien Tchouameni na Toni Kroos kuko batabashije kwitozanya na bagenzi babo mu ijoro ryo kuri iki cyumweru.Icyakora, Karim Benzema we ashobora gukina uyu mukino nubwo nawe atameze neza kubera ibibazo by’imvune bikomeje kumwibasira muri uyu mwaka w’imikino.Iyi kipe yatwaye La Liga na Champions League iraba iri ku kibuga kigoye gukiniraho cya Anfield mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri ndetse irahura na Liverpool ishaka kwihorera kuko yayitwaye iki gikombe giheruka i Paris.Umutoza wa eal Madrid,Carlo Ancelotti ahanganye n’imvune nyinshi ndetse hari na bamwe mu bakinnyi be batameze neza.Yaba Kroos na Tchouameni ntibagaragaye ku mukino Real Madrid iheruka gutsinda Osasuna ibitego 2-0 muri shampiyona.Umunyamakuru Miguel Angel Diaz yavuze ko Real Madrid irategereza kugeza ejo kugira ngo imenye uko uburwayi bwabo bumeze ndetse niba yazabakoresha.Ancelotti yabwiye abanyamakuru kuwa Gatandatu ati "Tugiye ku mukino wa Anfield duhagaze neza n’icyizere cyinshi ku isi.Tchouameni arwaye igifu. Karim [Benzema]ndatekereza ko azaba ameze neza na Kroos aragaruka mu myitozo."Dani Carvajal na Thibaut Courtois bagarutse mu ikipe nyuma y’iminsi bari mu mvune ndetse bakinnye umukino wa Osasuna.Ku rundi ruhande,Liverpool yari imaze iminsi imeze nabi iheruka gutsinda imikino ibiri yikurikiranya muri shampiyona igaruka mu bihe byiza.Nyuma yo gutsinda Newcastle ibitego 2-0 kuwa Gatandatu,Klopp yavuze ko amakuru mabi ahari ari uko umunya Uruguay,Darwin Nunez yagize ikibazo cy’urutugu.Yavuze ko yababaraga ariko atazi neza uko imvune ye ihagaze.Liverpool imaze gutwara ibikombe 6 bya Champions League birimo kimwe cya Klopp gusa yakabaye yaratwaye byinshi iyo Real Madrid iba itarabayeho.Iki kigugu cyo muri Espagne cyatwaye Liverpool Champions League muri 2018,kiyisezerera muri 1/4 muri 2021 ndetse kiyitwara iki gikombe umwaka ushize i Paris.Liverpool ntirabasha gutsinda Real Madrid kuva muri 200 ubwo yayisezereraga muri 1/16 cya Champions League. | 399 | 1,011 |
Ntarama na Murambi; • Gutanga ibiganiro bigamije gukumira Jenoside n’ingengabitekerezo yayo mu mashuri yisumbuye; • Gutegura gahunda yo kwibuka ku nshuro ya 26 Jenoside yakorewe Abatutsi; • Gushyira imbaraga mu kurwanya imiyoboro y’ihakana n’ipfobya bya Jenoside yakorewe Abatutsi bibera imbere mu Gihugu no mu mahanga; • Gukomeza gukorera ubuvugizi Abacitse ku icumu rya Jenoside. Mu isesengura rya Komisiyo ku bikorwa by’ingenzi bya CNLG mu mwaka wa 2018-2019 twarebye ibibazo bibangamiye iyubahirizwa ry’amahame remezo, ihame remezo ryo kubaka Leta igendera ku mategeko mu ishyirwa mu bikorwa ry’inshingano za CNLG. Komisiyo isanga hari aho ihame remezo ryo kubaka Leta igendera ku mategeko ryarabangamiwe mu ngingo y’ingenzi yaryo isaba ko gushyira mu bikorwa itegeko bigomba kuba binoze kandi bigakorwa ku gihe. Ikibigaragaza: • Kuba nta politiki ihari yo gukumira no kurwanya jenoside n’ingengabitekerezo yayo; • Kuba haratangijwe ivugururwa ry’itegeko nta politiki irajyaho; • Kuba nta kigo cy’ubushakashatsi cyashyizweho; • Kuba ikibazo cy’imanza z’imitungo kitarangira. Irindi hame remezo ni kubaka Leta iharanira imibereho myiza y’abaturage no gushyiraho uburyo bukwiye kugira ngo bagire amahirwe angana mu mibereho yabo. Mu birebana n’imibereho myiza, CNLG ifite mu nshingano zayo kuvuganira abacitse ku icumu rya Jenoside haba imbere mu Gihugu cyangwa hanze yacyo ndetse n’inshingano yo gushakira imfashanyo abacitse ku icumu rya Jenoside no gukomeza ubuvugizi ku kibazo cy’indishyi. Komisiyo isanga iri hame remezo ryarabangamiwe mu ngingo z’ingenzi zaryo zisaba ko abaturage bagomba kugira imibereho iboneye. Komisiyo isanga imanza z’imitungo ziramutse zirangijwe zose zagira uruhare mu guteza imbere imibereho y’abaturage batarabona uburenganzira batsindiye. Ihame remezo ryo kurandura burundu ivangura n'amacakubiri bishingiye ku bwoko, akarere n’ibindi no gushyira imbere ubumwe bw’Abanyarwanda iri hame remezo ryabangamiwe ku bijyanye n’imanza. Komisiyo ya Sena isanga kuba umwanzuro waratangiye gushyirwa mu bikorwa nta politiki ihari ngo ishingirweho mu kuvugurura itegeko na byo ari ikibazo kibangamiye iyubahirizwa ry’amahame remezo cyane cyane ihame remezo ryo kubaka Leta igendera ku mategeko mu bijyanye no kuba itegeko rishobora guhinduka hakurikijwe uburyo bwateganyijwe. Undi mwanzuro wari ugushyiraho uburyo bwo kumenyekanisha ibikorwa bya CNLG. Mu gushyira mu bikorwa uyu mwanzuro CNLG igaragaza ko yashyizeho gahunda y’ibiganiro mbwirwaruhame bihuza abanditsi n’urubyiruko rwo mu mashuri makuru n’ayisumbuye hose mu Gihugu kandi ubushakashatsi bukozwe bushyirwa ku rubuga (website) rwayo. Komisiyo ya Sena isanga umwanzuro utarashyizwe mu bikorwa wose nk’uko washyikirijwe Guverinoma usaba gushyiraho uburyo bwo kumenyekanisha ubushakashatsi bwakozwe na CNLG, Abanyarwanda bakamenyeshwa ibyabuvuyemo, cyane cyane abatuye mu karere bwakorewemo. Ariko tuganira na CNLG batugaragarije ko atari uko batashatse kuwushyira mu bikorwa ahubwo ari uko habaye ikibazo cy’abakozi bakeya bakaba baraduhaye icyizere ko rwose ibi bintu ari ibintu bashyize kuri gahunda kandi bigomba kuzakorwa mu buryo bwihuse. Mu gusoza Nyakubahwa Perezida wa Sena hari ibyakozwe bishimwa: Muri rusange Komisiyo irashima ko ibikorwa bya Komisiyo y’Igihugu yo Kurwanya Jenoside bishimangira iyubahirizwa ry’ihame remezo ryo gukumira no guhana icyaha cya Jenoside, kurwanya ihakana n’ipfobya bya Jenoside no kurandura burundu ingengabitekerezo ya Jenoside n’ibyo igaragariramo byose. By’umwihariko, Komisiyo ya Sena irashima ibi bikurikira: • Kuba ibiganiro kuri Jenoside byariyongereye mu mashuri yisumbuye na Kaminuza no kuba hakoreshwa itangazamakuru n’ikoranabuhanga mu gufata ingamba zo kurwanya jenoside ni ibintu bishimwa cyane. • Ikindi ni uburyo incike za jenoside yakorewe Abatutsi zikorerwa ubuvugizi mu kubakirwa amacumbi, nk’uko twabigaragarijwe muri raporo; • Uburyo mu Rwanda no mu mahanga igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 25 cyateguwe neza; • Ubuvugizi bwakozwe ku bibazo bijyanye n’imibereho. Na byo ni ibintu byakozwe neza dushimira cyane; • Imikoranire ya CNLG n’izindi nzego, zaba izo mu Rwanda ndetse n’izo mu mahanga, bifasha cyane mu guhangana n’abahakana n’abapfobya Jenoside yakorewe Abatutsi ndetse no gukurikirana abakekwaho icyaha cya jenoside. Hari ibyo Komisiyo itekereza ko bikwiye kwitabwaho: • Icya mbere ni CNLG ikwiye gukomeza ubuvugizi ku kibazo | 600 | 1,718 |
Yarushye uwa Kavuna Uyu mugani baca ngo: "Yarushye uwa Kavuna", bawuca iyo babonye umuntu wagokeye ubusa,ahihibikanira ibizakiza abandi: ni bwo bagira, bati: "Naka yarushye uwa Kavuna (umuruho)."Byakomotse kuri Kavuna ka Mushimiye, bavuga ko yari umutwa wo ku Kivumu cya Mpushi na Nyerenga (Gitarama); ahasaga umwaka w'i 1500.Ubwo Abanyiginya bavuye mu Mubali wa Kabeja, bimukiye i Gasabo mu Bwanacyambwe, bahita Rwanda. Icyo gihe ubutegetsi bwabo ntibwari buremereye kugeza aho Gihanga Ngomijana yimukiye i Gasabo agatura i Buhanga mu Bumbogo; niho yatangiye gukomera gato. Uwamurushije gukomera byisumbuye ni Ndahiro Cyamatare. We yimutse aho mu Bumbogo,atura i Cyingogo. Amaze kuhatura, abaho baramukunda cyane, kuko ngo yagiraga ubuntu busesuye. Hari abatwa benshi, baramuyoboka kubera intama abanyacyingogo bamurabukiragaakazibihera bakarya. Bamaze kwishimira ubwo buntu Ndahiro abagirira, bambuka Nyabarongo bajya kumuratira bene wabo bo mu Nduga bari batuye ku Kivumu cya Mpushi na Nyerenga(Nyamabuye), bababwira ko Ndahiro ari umunyabuntu cyane; bati: "Muzaze tumubashyire namwe mwirebere"Abatwa b'i Nduga baranga baranangira, bati: "Nta bwo twajya i Cyingogo bagira urugomo"Ariko havamo umutwa umwe witwa Mushimiye, yiyemeza kujyayo, ajyana n'umuhungu wewitwaga Kavuna. Bageze i Cyingogo babwira Cyamatare, bati: "Dore uyu mutwa mwene wacun'uyu muhungu we, tubagushohojeho uzabaduhakire nka twe" Ndahiro arishima cyane kukoabonye abantu baturutse mu Nduga bamugana. Arabahaka ubwo akajya abaha intama, bitinzeabagabira inka bombi. Mushimiye n'umuhungu we bamaze kugabana, bayobora inka zabo bazijyana iwabo ku Kivumu. Abanyakivumu babonye inka Mushimiye n'umuhungu we bagabanye kwa Ndahiro, baratangara; inkuru yogera ku Kivumu isakara i Nduga yose isingira uBwanamukali, bati: "Ndahiro mu Cyingogo arahaka neza." Inkuru imaze kogera, mu Rukomahakaba umugabo witwaga Mpyisi ya Sagisengo i Gihinga na Ruzege, ayisamira hejuru.Arahaguruka ajya guhakwa na Ndahiro. Agezeyo, ati: "Nje kuguhakwaho ndakuyobotse, kandin'akarere k'i Nduga ntuyemo kose ndakakuyoboye! Ndahiro aranezerwa, kuko abonye abantu batatu b'i Nduga bamwizeyeho ubuhake: Mushimiye,Kavuna na Mpyisi. Ahera ko agabira Mpyisi inka y'imbyeyi aramubwira, ati: "Iyi nka nguhaye,hera ko uyijyana iwanyu. Undi, ati: "Ndagushimiye, ariko mfite inkoni y'ikibando; nk'abo duhuranshoreje inka ikibando barankeka iki?" Ndahiro amuha inkoni y'akanyafu (ni yo yabayeinkomoko y'akarande ko gucyura umunyafu mu kinyarwanda).Mpyisi ashorera inka ye, ayigejeje i Gihinga abanyanduga barahurura; baza kureba ingabane yaMpyisi. Inkuru y'uko Ndahiro ahaka neza irushaho kwamamara. Ubwo Cyabakanga cya Butare i Nyamweru (mu Bumbogo) arabyumva; yari afite urugo ku Rugogwe rwa Runda na Gihara, aherako akora impamba ajya i Cyingogo.Agezeyo abwira Ndahiro ko aje kumuhakwaho. Undi yishimira ko abantu b'i Nduga bakomezakwiyongera baza kumuhakwaho; ahera ko amuha inka z' imbyeyi ebyiri. Azigejeje iwe i Runda,inkuru noneho iba ikimenamutwe; abatwa b'i Nduga bahurura bajya kurya intama mu Cyingogo,abahutu n'abatutsi bihutira gusanga uwo munyabuntu waribuwe.Bamaze kuhagwira, ibintu byaho byinshi birononekara; abanyacyingogo bararakara batezukakuri Ndahiro; asigarana n'abanyanduga baje kumuhakwaho bonyine; ubwo bari bamazekumugwiraho. Haciyeho iminsi, Ndahiro agira | 434 | 1,345 |
Tajouj. Tajouj, ni filime y’urukundo rw’amateka ya Sudani yo mu 1977 iyobowe na Gadalla Gubara . niyo filime yambere yerekana ishusho ya filimi muri Sudani. Ivuga ku nkuru itangaje ivuga ku rukundo rudashimishije rw’abakunzi babiri bagana intwari, yashyizwe mu cyaro cya Sudani y’iburasirazuba, ikanagaragaza umukinnyi uzwi cyane Salah bin Albadya. Ifatwa nka imwe muri firime nziza muri cinema nyafurika.
Filime yakiriwe neza nabayinenga. Iyi filime yatsindiye Sitati ya Nefertiti, igihembo kinini cya Egiputa mu iserukiramuco mpuzamahanga rya firime rya Cairo mu 1982, inegukana ibihembo mu birori bya firime byabereye muri Alegizandiriya, Ouagadougou, Tehran, Addis Ababa, Berlin, Moscou, Cannes na Carthage. | 101 | 272 |
Ibikorwa bya Police week bizatwara miliyoni 200. Ibi byatangajwe n’umuyobozi wa Police y’igihugu IGP Emmanuel Gasana Mu muhango wo gutangiza icyo cyumweru ku rwego rw’igihugu wabereye mu Karere ka Kirehe mu Murenge wa Kigarama ku wa 16 Gicurasi 2017. Yagize ati“kugira ngo iterambere ryihute, muri iki cyumweru cyahariwe ibikorwa bya Police k’ubufatanye na Minisiteri y’ibikorwaremezo,Minisiteri y’ubutabera na Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu,twahisemo guha umuriro abaturage ibihumbi bitatu mu gihugu”. Akomeza agira ati“i Kirehe tuzafasha n’imiryango 500 tuyiha amazi meza,ibikorwa byose bizatwara amafaranga arenga miliyoni 200 kugira ngo dushobore kugera ku ntego yacu nk’uko twabyiyemeje”. IGP Emmanuel Gasana avuga ko Police igamije ko gahunda za Leta zihuta n’umutekano ugakomeza kubungabungwa kandi n’abaturage bakabaho neza binyuze mu iterambere ry’igihugu. Abaturage bazashishikarizwa kurwanya ruswa, ingengabitekerezo ya Jenoside, kurwanya ibiyobyabwenge no kubungabunga ibidukikije. Mu Karere ka Kirehe imiryango 155, yo mu Mudugudu wa Nyamikoni mu Kagari ka Cyanya, Umurenge wa Kigarama imaze kugezwaho umuriro n’amazi imwe yubakirwa n’imisarani. Abaturage bamaze kugezwaho umuriro n’amazi barashimira Police y’igihugu, banayisezeranya ubufasha mu gucunga umutekano, cyane cyane barwanya ibiyobyabwenge byinjirira muri Kigarama bivanwa Tanzaniya. Kigarama nk’umurenge uhana imbibe n’igihugu cya Tanzaniya, ukunze kurangwamo ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge aho byorohera ababicuruza kubyambutsa bifashishije ibyambu bisaga 30 biboneka muri ako gace nk’uko bitangazwa na Muzungu Gerald Meya wa Kirehe. Avuga ko ibyo bikorwaremezo bigiye gufasha abaturage mu mibereho myiza baharanira kwicungira umutekano bakumira ibyaha. Francis Kaboneka Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu yasabye abaturage kubumbatira ibikorwaremezo bagezwaho na Police y’igihugu banabyifashisha mu mibereho yabo ya buri munsi. Ati“niba mwegerejwe amashanyarazi n’amazi hari uruhare rwanyu rwo kuyabungabunga,byaba bibabaje kuba Leta ibagezaho amazi ntimushobore kayakoresha mwisukura,ni ibikorwa mugomba gufata neza mukazanabiraga abana banyu”. Police week izasozwa ku itariki 13 Kamena 2017, mu Karere ka Kirehe, imidugudu isaga 60 izahabwa amashanyarazi,ingo 500 zigezweho amazi meza. Umunyamakuru @ mutuyiserv | 288 | 892 |
bwa Habyarimana zihanuye indege ye, zikamwicira hamwe na mugenzi we w’u Burundi, bikaba urwitwazo rwo kurimbura Abatutsi, Kigali icyo gihe yari irinzwe bikomeye. Usibye ibirindiro bya FAR bya Kanombe, Umusozi wa Rebero, Umusozi wa Jali n’Uwa Kigali, umujyi wari wuzuyemo ibindi birindiro bya FAR kandi byari bifite intwaro nyinshi. Harimo ikigo cya gisirikare cya Kami (Military police), icya Kimihurura (Camp GP) ahari abasirikare barinda umukuru w’igihugu, ikigo cya gisirikare cya Camp Kigali na Camp Kacyiru (Gendarmerie), kimwe n’ibindi bikorwa bya gisirikare byari mu bice byitaruye umujyi; by’umwihariko muri Gikomero, Bumbogo na Kabuye. Nk’uko bisobanurwa n’impuguke mu bya gisirikare, mu kwirinda kugaba ibitero ku birindiro bimwe na bimwe by’umwanzi, bwari uburyo Ingabo za RPA zakoresheje ngo zibanze zibashyire mu kato. Umuyobozi w’Ingoro y’Ubukangurambaga bwo kurwanya Jenoside, Médard Bashana, atanga urugero agira ati: “RPA ntabwo yagabye igitero kuri Camp GP ako kanya, ahubwo yabahejeje mu kigo kugeza ubwo bo ubwabo bashaka aho banyura barahunga. Ibi bikaba kimwe mu byagaragaje ubutwari ntagereranywa bw’ingabo za RPA mu rugamba rwo kwibohora”. Ikigo cya Kami n’icya Kacyiru, nabyo byatawe n’abasirikare ba FAR nta mirwano ibaye ku itariki 21 Mata. Ikigo cya gisirikare cya Kigali (Camp Kigali), cyari cyamaze gucika intege cyane nyuma y’ifatwa rya Rebero, nacyo cyatsimbuwe nyuma y’amasaha atari menshi Umusozi wa Kigali umaze gufatwa. Ni byo Bashana asobanura agira ati “Ifatwa ry’Umusozi wa Kigali ryabaye nk’umusumari wa nyuma ushimangiwe mu isanduku y’uburuhukiro bw’ingabo za FAR. Kandi imirwano yo ku Musozi wa Kigali ntiyatinze kubera ko ari ho abasirikare bose ba RPA bari bashyize imbaraga nk’ibirindiro bya nyuma byari bisigaye birinze umurwa.” Maj Gen (wacyuye igihe) Sam Kaka, ni we wari uyoboye ibikorwa byose by’Ingabo za RPA muri Kigali ubwo umurwa mukuru wafatwaga. Maj Gen Paul Kagame (Perezida), wari ukambitse i Musha, (hafi y’inkengero za Kigali) ubwo umurwa mukuru wafatwaga ku itariki 4 Nyakanga 1994, yagaragaye kuri uwo munsi arangaje imbere Ingabo za RPA zari zimaze kubohora u Rwanda mu rugendo rw’intsinzi rwanyuze rwagati mu mujyi wa Kigali, muri ako kanya kafashwe mu mafoto menshi harimo imwe yabaye ikimenyetso nyamukuru cy’umunsi wo kwibohora, ikaba inagaragara mu Ngoro y’Urugamba rwo Kwibohora. Ifatwa rya Kigali ryaranze kubohorwa kw’Igihugu cyose no guhagarika Jenoside yakorerwaga Abatutsi, n’ubwo hari ibice bimwe nko mu Burengerazuba bw’amajyaruguru, Uburengerazuba n’Amajyepfo y’uburengerazuba (harimo uturere twa Zone Turquoise), byaje gufatwa nyuma. Gutsindwa k’ubutegetsi bwakoze Jenoside yakorewe Abatutsi igahitana abarenga miliyoni, byatumye abitwaga abayobozi, interahamwe n’ingabo zatsinzwe bahungira muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (yari Zaire icyo gihe). Umunyamakuru @ Gasana_M | 405 | 1,131 |
Abakandida ntibemerewe kwiyamamariza ahatujuje ibyangombwa-NEC. Perezida wa Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, NEC, Oda Gasinzigwa, yatangaje ko ku wa 18 Kamena 2024 ari bwo abakandida bemerewe kwiyamamaza, bazatanga urutonde rw’aho bazakorera kugira ngo harebwe ko hujuje ibisabwa. Yabigarutseho mu kiganiro cyatambutse kuri Televiziyo Rwanda kuri uyu wa mbere, tariki ya 17 Kamena 2024. Iki kiganiro cyagarutse ku myiteguro y’amatora muri rusange, cyatumiwemo Perezida wa NEC, Oda Gasinzigwa; Umuvugizi w’Ihuriro Nyunguranabitekerezo ry’Imitwe ya Politiki yemewe mu Rwanda, Mukama Abbas n’Umukozi ushinzwe Amategeko mu Ihuriro ry’Abafite Ubumuga mu Rwanda, NUDOR, Murema Jean Baptiste. Amatora y’Umukuru w’Igihugu yahujwe n’ay’Abadepite ateganyijwe kuba muri Nyakanga 2024. Biteganyijwe ko nyuma yo gutangaza urutonde ntakuka, tariki 22 Kamena 2024, ari bwo hazatangizwa ibikorwa byo kwiyamamaza. Perezida wa Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, NEC, Oda Gasinzigwa, yavuze ko mu gihe cyo kwiyamamaza hari aho abakandida bemerewe gukorera. Yagize ati “Hari ahemerewe kwiyamamariza. Ntibemerewe kwiyamamariza ku masoko, ntibemerewe kwiyamamariza ku mavuriro, mu mashuri, mu ngoro z’ubutabera, ahantu hari Abanyarwanda bari mu nshingano zisanzwe, ntibakwiye kuvangirwa mu mibereho yabo ya buri munsi.’’ Biteganyijwe ko kuva ku wa 18 Kamena 2024, abakandida bemerewe kwiyamamaza ari bwo bazatanga aho baziyamamariza. Gasinzigwa yakomeje ati “NEC izagezwaho na buri mutwe wa politiki watanze urutonde kandi wemewe, batugezaho urutonde rw’aho bagomba kwiyamamariza, bakabigeza no ku nzego z’ibanze, kuko ari zo zizahategura. Hari aho dushobora kubangira kuko hari ahantu hatemewe kuba bakwiyamamariza.’’ Ibikorwa byo kwiyamamaza biteganyijwe ku wa 22 Kamena -13 Nyakanga 2024 mu gihe amatora nyir’izina azaba tariki ya 14 Nyakanga ku Banyarwanda baba mu mahanga no ku wa 15 Nyakanga 2024 ku b’imbere mu Gihugu. Ibiro by’itora 140 biri mu bihugu 72 ni byo bizifashishwa n’Abanyarwanda baba mu mahanga, mu gihe imbere mu gihugu hateguwe zite z’itora 2441 n’ibyumba by’itora 17400. Biteganyijwe ko bitarenze ku wa 20 Nyakanga 2024, hazatangazwa by’agateganyo ibyavuye mu matora mu gihe amajwi ya burundu azatangazwa ku wa 27 Nyakanga 2024. Amatora ya Perezida yahujwe n’ay’Abadepite azatwara ingengo y’imari y’asaga miliyari 8 Frw. | 319 | 926 |
Maroc: Barasiganwa n’igihe ngo batabare abarokotse umutingito. Maroc irimo gusiganwa n’igihe ngo irokore abaheze munsi y’ibisigazwa by’ibyabasenyukiyeho kubera umutingito w’isi wo ku wa gatanu, mu gihe abashinzwe ubutabazi bwihuse barimo kugorwa no kugeza ubutabazi mu duce twa kure.Mu byaro bakomeje gucukura bakoresheje amaboko hamwe n’ibitiyo mu gushakisha abarokotse, mu gihe amatsinda y’ubutabazi arimo kugorwa no kuhageza imashini zabugenewe.Ibyo bikoresho ubu bishobora kuba byanacyenerwa mu gutegura imva za bamwe mu babarirwa mu bihumbi bishwe n’uwo mutingito.Umwe mu batuye mu cyaro yabwiye BBC ko abantu "nta kintu na kimwe basigaranye". Ati: "Abantu barashonje. Abana barashaka amazi. Bacyeneye ubufasha."Umutingito wo ku wa gatanu, wa mbere wishe abantu benshi muri icyo gihugu mu myaka irenga 60 ishize, wakubitiye munsi y’itsinda ry’ibyaro biri mu misozi miremire mu majyepfo y’umujyi wa Marrakesh, wo mu burengerazuba bwa Maroc.Leta ya Maroc yatangaje ko abantu nibura 2,122 bishwe n’uwo mutingito, naho abarenga 2,421 barakomereka, benshi bakomeretse bikomeye.Uwo mutingito, wo ku gipimo cya 6.8, watumye inzu zihirima, uzibira imihanda ndetse utuma inzu zimwe zihengama, ibyo biba kugeza ku nkombe yo mu majyaruguru y’iki gihugu.Umujyi wa kera wa Marrakesh, ahantu habumbatiye amateka habungwabungwa nk’umurage w’isi n’ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku burezi, ubumenyi n’umuco (UNESCO), warangiritse.Ku wa gatandatu, Umwami wa Maroc Mohammed VI yatangaje iminsi itatu y’icyunamo mu gihugu.Ingoro y’umwami yatangaje ko amatsinda yo kwita ku baturage yoherejwe, mu rwego rwo kongera ububiko bw’amaraso, amazi, ibiribwa, amahema n’ibiringiti.Ariko iyo ngoro yemeye ko tumwe mu duce twashegeshwe cyane n’umutingito turi ahantu hitaruye cyane kuburyo bitashobotse kutugeraho mu masaha ya nyuma y’umutingito - igihe cy’ingenzi cyane kuri benshi bakomeretse.Amabuye manini yaguye, yazibiye by’igice imihanda yari isanzwe imeze nabi yerekeza mu misozi miremire ya Atlas, ahari uduce twinshi bwashegeshwe bikomeye n’umutingito.Inyubako nyinshi zahindutse amatongo mu mujyi muto wa Amizmiz, mu kibaya cyo mu misozi miremire iri ku ntera ya kilometero hafi 55 mu majyepfo ya Marrakesh.Ibitaro byaho birimo ubusa ndetse bifatwa ko bidatekanye, ko abantu batabyinjiramo. Ahubwo abarwayi barimo kuvurirwa mu mahema mu mbuga y’ibitaro - ariko abaganga akazi kabarenze.Umukozi w’umugabo wo ku bitaro, utifuje gutangazwa izina, yavuze ko imirango igera ku 100 yazanwe kuri ibi bitaro ku wa gatandatu.Yagize ati: "Nari ndimo kurira kuko hari hari abantu benshi cyane bapfuye, cyane cyane abana b’urubyiruko."Kuva umutingito waba sindasinzira. Nta n’umwe muri twe wari wasinzira."’Twiteguye gutabara’Ibikorwa by’amahanga byo gufasha mu butabazi byatangiye kwiyongera.Ubwongereza bwavuze ko Maroc yemeye ubusabe bwabwo bwo kohereza amatsinda akora ubutabazi bwihuse, arimo nk’impuguke mu butabazi, itsinda ry’abaganga, imbwa zo gushakisha hamwe n’ibikoresho.Espagne na Qatar na byo byavuze ko byakiriye ubusabe bwa Maroc ndetse ko bigiye kohereza amatsinda yo gushakisha no gukora ubutabazi. Ku cyumweru, umunyamakuru wa BBC yabonye imbwa zo gushakisha za Espagne ziri mu cyaro cyo mu misozi miremire ya Atlas.Ubufaransa bwavuze ko "bwiteguye" gufasha ariko ko butegereje ubusabe bwa Maroc. Perezida w’Ubufaransa Emmanuel Macron yagize ati: "Ku isegonda basabaho iyi mfashanyo, izahita yoherezwa."Amerika yavuze ko ifite "amatsinda yo gushakisha no gutabara yiteguye koherezwa... Twiteguye no gusohora amafaranga mu gihe gikwiye."Turukiya, na yo yashegeshwe n’umutingito mu kwezi kwa Gashyantare (2) uyu mwaka wishe abantu 50,000, na yo yavuze ko yiteguye kohereza abakozi bo gukora ubutabazi, igihe yaba ibisabwe na Maroc.Caroline Holt, wo mu muryango mpuzamahanga w’ubutabazi wa Croix-Rouge na Croissant-Rouge, yabwiye ibiro ntaramakuru Reuters ko iminsi ibiri cyangwa itatu iri imbere izaba "ingenzi cyane mu gushakisha abaheze mu byasenyutse".BBC | 538 | 1,540 |
Impumeko iri mu rubyiruko rwatoye bwa mbere. Abanyarwanda baba mu mahanga ni bo babanje gutora tariki 14 Nyakanga 2024, kandi Komisiyo y’amatora yagaragaje ko bitabiriye ku rwego rwo hejuru. Urugero ni urw’abatoreye muri Uganda. Kuri uyu wa 15 Nyakanga, Abanyarwanda baba mu Rwanda na bo bazindutse, bajya gutora abakandida bashyigikiye. Umwihariko ukomeye ni uko urubyiruko rugera kuri miliyoni ebyiri rwatoye bwa mbere. Urubyiruko rutoye bwa mbere rwagaragaje ko runejejwe no kuba rwagize uruhare mu guhitamo uzayobora u Rwanda n’abiteguye kuba intumwa za rubanda. Tuyishimire Esther w’imyaka 23 yatoreye kuri site ya Gasaraba mu karere ka Kicukiro. Yavuze ko yashimishijwe no kuba yatoye umukandida ashyigikiye, agaragaza ko yiyumvamo inshingano yo kugira amahitamo ashingiye kuri demokarasi. Ati “Gutora kuri njyewe ni ingenzi kuko ndi Umunyarwandakazi numva ko bindeba kandi nshyigikiye demokarasi. Igikorwa cyo gutora cyagenze neza cyane, byari ibyishimo kuri njye kuko yari inshuro ya mbere. Nishimiye ko natoye umukandida wanjye kandi ijwi ryanjye rikaba rigiye kubara.” Manzi Titus w’imyaka 25 watoreye kuri site ya Authentic Primary School muri Kicukiro. Yatangaje ko atewe ishema no gutora, asobanura ko ari umusanzu yatanze uganisha igihugu ku hazaza heza. Ati “Ni byiza cyane kandi ni ibyishimo. Igikorwa cy’itora cyagenze neza, ni ishema kuba natoye abayobozi mbona ko bafite aho bangeza imyaka itanu iri imbere, ndetse n’ibyumba bya site yacu byari biteguye neza mu buryo bugaragara ko imyiteguro yagenze neza.” Ngarambe Prime w’imyaka 25 yatoreye kuri site ya APACOPE mu karere ka Nyarugenge. Na we yavuze ko yishimiye kubona igikorwa kigenda neza, yongereho ko nk’urubyiruko yagize uruhare mu mahitamo n’iterambere bye ndetse n’iby’igihugu muri rusange. Ati “Aho natoreye bari biteguye neza cyane, buri muntu yabashije gutora neza kandi ku gihe, nta gutinda ku murongo kuko hari hari abadufasha, mu kutuyobora no kudusobanurira. Ikindi kandi, ubwitabire bwari bwiza, cyane cyane urubyiruko.” Clairia Mutoni na we watoreye kuri iyi site, yavuze ko yishimiye ko na we uyu munsi yagize uruhare mu bimukorerwa nk’Umunyarwandakazi wese uzi ikimukwiriye, ubwo yihitiragamo umukandida abona ukwiye kumuyobora. Ati “Iki gikorwa cy’itora cyagenze neza cyane kuko cyakurikije amabwiriza yatanzwe ndetse bakaba batambukije mbere abakuze n’abafite ubumuga kugira ngo badategereza igihe kinini ndetse byose byakozwe mu mahoro.” Bamwe mu rubyiruko rw’abanyeshuri bategereje kuzakora ibizamini bya leta batoreye mu ishuri ryisumbuye rya Rugunga bavuze ko banejejwe n’uko bazayoborwa n’umuyobozi bazaba bishimiye kuko bamwitoreye kandi bizera ko bazabageza ku iterambere bifuza. Aba banyeshuri bongereyeho ko bashize amatsiko kuko batari bazi uko gutora bigenda. Bashishikarije bagenzi babo kuzubaha umuyobozi uzatsinda amatora n’abazatsinda amatora y’abadepite. Mu babarirwa muri miliyoni icyenda bari kuri lisiti y'itora, miliyoni ebyiri ni urubyiruko Urubyiruko rwagaragaje ko rutewe ishema no kuba rwatoye uwo rwifuza ko ayobora u Rwanda | 433 | 1,173 |
Kirehe: Yakatiwe igifungo cya burundu nyuma yo kwica umugore we. Mu rubanza rwabereye mu kagari ka Ruhanga, umurenge wa Kigina ari naho Ntibarihuga yiciye umugore we, Samuel Rwubusisi, Perezida w’inteko iburanisha imanza ku rwego rwisumbuye rwa Ngoma, yabanje gusomera mu ruhame ibirego ubushinjacyaha buregamo Ntibarihuga. Ngo hari mu ijoro ryo kuwa 21/09/2014, Ubwo Ntibarihuga yari avuye ku nshoreke ye yitwa Josiane Mukanziza utuye mu murenge wa Kigarama aje mu rugo iwe agasanga umugore we Violette Mukantwari ntiyahiriwe, ni uko yinjira mu nzu ajya mu cyumba arikingirana atangira guhondagura ibintu mu nzu. Mukantwari akigera mu rugo abana be bamubwiye ko ise yaje ari mu nzu ahondagura ibintu ni uko atekereza ko ashaka gutwika imyenda no gusahura nk’uko yari asanzwe abikora. Mukantwari ngo yinjiye mu nzu ajya kureba ibyo umugabo akora mu cyumba, umugabo ahita amusohokana amwirukaho afite ifuni yahondaguzaga isanduku.
Umugore yahungiye ku muturanyi we witwa Nyirabashyitsi umugabo amusanga yo nibwo yamuhondaguye ako gasuka akimara ku mwica ahungira Tanzaniya. Ngo si ubwa mbere yari akoze icyaha cyo kubuza umugore we umutekano kuko yari amaze iminsi amukubise isuka akajya kwihisha ku nshoreke ye, akaza kugaruka asaba imbabazi abaturage bakabunga avuga ko atazongera gukubita umugore ahubwo agiye gukorera urugo rwe n’uko abikorera n’inyandiko, nyamara mu gihe gito yasubiye ku nshoreke ye akajya aza mu rugo agasahura urugo atwara imyaka yarangiza agatwika imyambaro y’umugore agasubira yo. Mu rubanza, Ntibarihuga yari yavuze ko yishe umugore atabizi kuko yakekaga ko ari umugizi wa nabi dore ko yari yasinze. Rwabusisi wayoboye urwo rubanza aragira ati “ibyo avuga ngo kwica umugore we byaramugwiririye sibyo kuko umugore akigera mu rugo yamwirukanseho amufashe amukubita isuka kandi abikora inshuro eshatu. Urukiko rusanga ubwiregure bwe nta shingiro kuko mu kwiregura ntiyigeze abigira mo ubushake bwo kuvugisha ukuri”. Nyuma yo kumusomera ibyo aregwa, urukiko rwemeje ko Daniel Ntibarihuga ahamwa n’ icyaha cyo kwica umugore yabigambiriye bityo akaba akatiwe igifungo cya burundu, agasonerwa amagarama y’urubanza ku mpamvu z’uko itegeko rigenga imiburanishirize y’imanza mbonezamubano rivuga ko uburanye afunzwe asonerwa amagarama y’urubanza. Nyuma yo kumva imyanzuro y’urubanza, Ntibarihuga Daniel yavuze ko atishimiye igihano yakatiwe kuko ngo hari ingingo yirengagijwe. Yagize ati “harimo kwirengagiza ingingo zimwe na zimwe, nkimara kumva ko umugore wanjye yapfuye nari nahunze ndagaruka nishyikiriza ubutabera ikindi ibyo byose nta gaciro babihaye. Ibindi ngo nahondaguraga isanduku kandi nta sanduku ngira ndajurira kuko ntabwo nemera ibihano mpawe”. Abaturage ntibavuga rumwe ku gihano ku gihano Ntibarihuga yahawe.
Severiyani Nsekanabo yagize ati “igihano ahawe aragikwiriye none se ko ari we wabyikoreye nibamufunge nyine yumve”. Nathanael Ndarihoranye ati “ntabwo bimeze neza uriya mugabo hari ahantu bagombaga kumurenganura yego agakatirwa ibihano ariko atari burundu”. Daniel Ntibarihuga yashakanye na Violette Mukantwari mu mwaka wa 1992, mu bana umunani babyaranye abariho ni batandatu. Servilien Mutuyimana | 443 | 1,208 |
Miyove: Gerenade eshatu zatoraguwe, imwe iburirwa irengero. Basenga Gasengeri watoraguye izo gerenade kuri uyu wa Kane tariki 16/02/2012, mu gihe yari agiye guhuruza abayobozi umuntu utaramenyekana atwara imwe muri zo. Munama yahise ihuza inzego z’umutekano n’abaturage, uhagarariye ingabo muri aka karere col. Murenzi Evariste yasabye abaturage kwitonda bakicungira umutekano bagahana amakuru bakamenya uwatwaye iyo gerenade. Yasabye abaturage kugaragaza aho iyo gerenade yabuze iherereye kuko harimo inyungu zo kugira umutekano wabo n’uwigihugu muri rusange. Uhagarariye police mu karere ka Gicumbi, Ndori Fred, nawe yabwiye abaturage ko kugaragaza no guhana amakuru hari icyo byatanga mu kumenya aho iyo gerenade iherereye, mu rwego rwo gukumira ubugizi bwa nabi bushobora guturuka kuwayinjyanye. Ernestine Musanabera | 110 | 308 |
Umugore yahisemo gutandukana n’umugabo we amusimbuza umwana abereye mukase. Umugore witwa Marina Balmasheva w’Umurusiyakazi yatandukanye n’umugabo we nyuma yo guhitamo kujya aryamana n’umwana abereye mukase(Umuhungu w’uwo mugabo).Inkuru y’uyu mugore ikomeje guca ibintu ku mbuga nkoranyambaga aho benshi bemeza ko ibyo uyu mugore yakoze ari amahano ntaho bitandukaniye no kuryamana n’umwana yibyariye.Ibinyamakuru bitandukanye birimo Daily Mail biherutse gutangaza ko uyu mugore yitegura kwibaruka umwana wa Kabiri agiye kubyarana n’uwo abereye Mukase.Ku wa 31 Werurwe 2023 Marina abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze yagaragaje ko yamaze kwibaruka ndetse ko yishimiye umugisha Imana yamuhaye.Marina Balmasheva w’imyaka 38 yatangukanye n’uwahoze ari umugabo we Alexey Shavyrin w’imyaka 48, nyuma y’uko uyu mugore atangiye kwihererana n’umuhungu w’uyu mugabo bakamuca inyuma ndetse akamutera inda ya mbere yavutsemo umwana w’umukobwa.Alexey avuga ko umwana we w’umuhungu witwa Vladimir Vova Shavyrin kuri ubu ufite imyaka 23, yatangiye gushotorwa nuwo mugore kuko bose babanaga mu rugo rumwe, akajya amusanga mu cyumba bakaryamana yarangiza agasubira mu cyumba cye n’umugabo we yigize nk’aho nta cyabaye.Amakuru avugwa avuga ko uyu mugore yatangiye kurera uyu muhungu afite imyaka irindwi agakura amukunda ariko umugabo we agatekereza ko ari umugisha kugira umugore umukundira umwana gusa nyuma bikaza guhinduka ubwo yamenyega ko urukundo rwabo rutakiri urw’umwana n’umubyeyi kuko yari yamaze kumenya ko abo bombi bamuca inyuma. | 207 | 600 |
Imvura ikaze yangije byinshi muri Koreya y’Epfo. Aho byabereye Koreya y’Epfo Ikiza Ni ubwa mbere muri Koreya haguye imvura idasanzwe ikangiza byinshi Iyo mvura yamaze igihe kirekire igwa yateje imyuzure n’inkangu Ingaruka zageze ku bavandimwe na bashiki bacu Ababwiriza 16 babaye bakuwe mu byabo Ibyangiritse Amazu 30 yarasenyutse Amazu y’Ubwami 19 yarasenyutse Ibikorwa by’ubutabazi Komite y’ibiro by’ishami byo muri Koreya byashyizeho komite eshatu zishinzwe ibikorwa by’ubutabazi Izo komite n’abagenzuzi basura amatorero yo mu gace kabayemo ibiza, bari gukorana n’abasaza bo muri ako gace kugira ngo bafashe abavandimwe Harimo gukorwa imirimo yo gusukura no gusana amazu y’abantu ku giti cyabo n’Amazu y’Ubwami yasenyutse Inkuru y’ibyabaye Umuhamya witwa Min-seong Lee n’umugore bo mu gace kibasiwe cyane ko mu mugi wa Gurye bavuye mu nzu yabo basiga ibyo bari batunze byose. Inzu ya bo yose yarengewe n’amazi. Igihe imirimo y’ubutabazi yatangiraga abavandimwe bo muri za komite z’ubutabazi basukuye inzu yabo kandi babaha ibikoresho by’ibanze bari bakeneye. Abavandimwe bo muri izo komite bakoresheje Bibiliya bahumuriza abagezweho n’ibiza. Mushiki wacu Lee yagize icyo avuga ku bufasha yahawe we n’umugabo we agira ati: “Nashimishijwe n’uburyo abavandimwe badufashije. Badukoreye ibintu byiza cyane. Bakoraga nk’abari kwikorera. Nubwo natakaje ibintu byinshi, mu by’ukuri ibyo nabonye n’ibyo byinshi.” Dushimira Yehova “Imana nyir’ihumure ryose,” ko akomeje kwita ku bavandimwe na bashiki bacu bo muri Koreya muri ibi bihe bitoroshye.—2 Abakorinto 1:3, 4. | 219 | 634 |
Batatu ba AS Kigali barwaye by’amayobera mbere yo guhura na Sunrise FC, hikangwa amarozi. Ubu burwayi bw’amayobera bwaje butunguranye muri iyi kipe bwatangiye kugaragara ubwo ikipe ya AS Kigali yari imaze kugera mu karere ka Nyagatare nk’uko amakuru yizewe Kigali Today yahawe abivuga. Ku ikubitiro ikipe ikigera muri aka karere myugariro Kayiranga Leon yumvise afite umuriro maze apimwe na muganga w’ikipe basanga ariko biri. Yahise yihutanwa kwa mu bitaro bya Nyagatare akorerwa ibizamini byagaragaje ko arwaye indwara ya malariya ndetse na Tifoyide mu gihe yagiye nta kibazo afite nta n’ikimenyetso agaragaza. Ibi byatumye atanakora imyitozo ikipe yakoze ejo ku wa Gatandatu n’igihe twandikaga iyi nkuru akaba yari akirwaye. Ikipe yakoze imyitozo idafite Kayiranga Leo inarangira neza isubira aho bacumbitse bafata amafunguro ya nijoro, nyuma yaho abakinnyi n’abandi bakomeje kuganira bisanzwe bareba n’umukino wa shampiyona y’u Budage aho Bayern Munich yatsinzwe na Borussia Dortmund ibitego 2-0. Mu gihe harebwaga uyu mukino myugariro Hakizimana Abdoulkarim yavuze ko ari kuribwa mu nda bagira ngo ni ibisanzwe, ntabwo byari ibisanzwe kuko yakomeje kuribwa cyane bituma ajyanwa mu bitaro by’igitaraganya mu masaha ya saa sita ,saa saba z’ijoro. Ntabwo byabaye ibyoroshye kuri uyu musore kuko yari arwaye cyane byatumye anarara mu bitaro bya Nyagatare ndetse mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru ubwo twandikaga iyi nkuru yari akiri mu bitaro hanitegurwa ko agiye koherezwa akajyanwa n’imbangukiragutabara kuvurirwa mu mujyi wa Kigali nk’uko byemejwe n’uwaduhaye aya makuru. Ati "We aranarwaye cyane ku buryo ubu turi gutegura ukuntu imbangukiragutabara igiye kumujyana i Kigali, we ntabwo byoroshye ubu ntahumeka kandi twakoranye imyitozo." Undi mukinnyi wagize ikibazo ariko we bidakomeye cyane nk’abandi ni Nyarugabo Moise ukina hagati mu kibuga aho n’ubwo we atagiye mu bitaro ariko nawe yarwaye ari uko ikipe igeze i Nyagatare. Hikanzwe amarozi Umwe mu bantu bo muri AS Kigali waganiriye na Kigali Today yavuze ko batumva ukuntu abakinnyi batatu barwara kandi bose baragiye ari bazima nta n’umwe ugaragaza kurwara. Yagize ati "Sinzi ibintu i Nyagatare baduteye, ni amayobera rwose. Ni gute warwaza abantu batatu baje ari bazima ntabwo bishoboka, ntabwo bisanzwe." Kubera iki uyu mukino ukomeye buryo wavugwaho ibi byose? Mu gihe shampiyona igeze ku munsi wa 25, ikipe ya Sunrise FC iri ku mwanya wa 13 n’amanota 26 ikaba irusha amanota ane gusa ikipe ya nyuma ya Etoile de l’Est ifite amanota 22. Ibi bivuze ko igihe cyose itakwitwara neza mu mikino itandatu isigaye harimo n’uwo bakina uyu munsi bashobora kwisanga bamanutse mu cyiciro ya kabiri mu gihe ku rundi ruhande AS Kigali yo iri ku mwanya wa karindwi n’amanota 34. Agahimbazamusyi ka AS Kigali kakubwe inshuro esheshatu Umunyamakuru yibajije niba bitaba ari ibisanzwe bivugwa mu mupira w’u Rwanda ko abakinnyi bashobora kugira ibyo bemererwa n’ikipe bagiye gukina bakaba banirwaza, ariko asubizwa ko uretse no kuba ibizamini bya muganga bigaragaza ko abakinnyi barwaye koko, ko bitanashoboka kuko Perezida w’Icyubahiro wa AS Kigali Shema Fabrice yabemereye gukuba agahimbazamusyi kabo inshuro esheshatu. Uyu muyobozi ikipe ishingiyeho ubu n’ubwo atari mu buyobozi bwayo by’ako kanya ahubwo yageze kuyiyobora yavuze buri mukinnyi nibatsinda Sunrise FC ahabwa ibihumbi 180 Frw ndetse akanabizeza ko mu ntangiriro z’Icyumweru gitaha areba uko bahembwa ukwezi kumwe k’umushahara dore ko ubu baberewemo amezi atatu(Mutarama, Gashyantare,Werurwe 2024). Umunyamakuru @UwimanaJeanJul1 | 523 | 1,367 |
Ikipe y’igihugu ya Croatia yahawe umugisha na Papa Francis mbere yo gukina #Euro2024. Binyuze mu rugendo rwari rwateguwe n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Croatia (HNS) riyobowe na Perezida Marijan Kustic, ikipe y’igihugu yose ya Croatia irimo bamwe mu bakinnyi bakomeye bakina ku mugabane w’i Burayi barimo Luka Modric ari nawe kapiteni w’ikipe y’igihugu, Lucas Vasquez ukinira Real Madrid, Josko Gvardiol ukinira ikipe ya Manchester City, n’abandi bakinnyi benshi bakomeye basuye ingoro ya Papa ibarizwa mu mujyi wa Vatican. Bayobowe n’umutoza w’ikipe y’igihugu ya Croatia Zlatco Dalic, abakinnyi b’ikipe y’igihugu ya Croatia bakiriwe na Papa Francis abanza kubashimira bimwe mu bikorwa by’indashyikirwa iyi kipe yagezeho mu bihe byashize harimo uburyo bitwaye neza mu gikombe cy’isi cyabaye mu mwaka wa 2022 muri Qatar, aho iyi kipe yasoje iki gikombe iri ku mwanya wa gatatu. Iyi kipe y’igihugu ya Croatia yageneye impano Papa Francis y’umwambaro w’ikipe y’igihugu ya Croatia, wari wanditseho Franjo banamuha umupira udasanzwe wo gukina. Papa Francis yasoje asengera ndetse anasabira amahirwe n’imigisha ituruka ku Mana ikipe y’igihugu ya Croatia mbere yo gukina imikino ya EURO 2024 izatangira kuri uyu wa 14 Kamena, abasabira ko bazaba aba mbere cyangwa aba kabiri. Iyi kipe y’igihugu ya Croatia iherereye mu itsinda rya kabiri ari naryo tsinda ryitiriwe itsinda ry’urupfu, aho iri kumwe n’amakipe y’ibigugu arimo Espagne, u Butaliyani, na Albania, ikaba ifite akazi katoroshye dore ko yihaye intego yo gusoza iyoboye iri tsinda. ikipe ya Croatia izakina umukino wa mbere kuwa 15 Kamena, aho izatangira ihura n’ikipe y’iguhugu ya Esipagne imwe mu makipe yibitseho igikombe cya EURO inshuro nyinshi zigera kuri eshatu. Iyi mikino izatangira ku wa 14 Kamena aho izatangizwa n’umukino w’ u Budage na Scotland. | 273 | 676 |
U Rwanda rwashyikirije Congo abasirikare bayo babiri n’umurambo w’umusirikare warasiwe Rubavu. Igisirikare cy’u Rwanda (RDF) cyashyikirije igisirikare cya DR.Congo (FARD) umurambo hamwe n’abasirikare babo babiri bafashwe bavoegereye imbibi z’u Rwanda mu rukerera rwo ku wa 16 mutarama 2024. ni umuhango wabereye ku mupaka w’u Rwanda na Congo i Rubavu kuri uyu wa 18 mutarama 2024, abasirikare babiri n’umurambo bakiriwe n’igisirikare cya Congo ,umurambo uhita ujyanwa mu buruhukiro bw’ibitaro bya Gisirikare biherereye i Goma muri kigo cya gisirikare cya Camp Katindo RDF ikaba yarasohoye itangazo mu gitondo cyo ku wa 16 mutarama rigira riti ”muri iki gitondo cyo ku wa 16 mutarama ahagana mu ma saa saba z’ijoro abasirikare batatu (3) bitwaje intwaro b’igisirikare cya Congo (FARDC) bambutse umupaka uhuza u Rwanda na Congo bavogera imbibizi z’u Rwanda mu karere ka Rubavu, umurenge wa Rubavu, akagari ka Rukoko mu mudugudu wa Isangano. Abasirikare babiri muri bo ( Sgt. Asman Mupende uri mu kigero cy’imyaka 30 na Cpl. Anyasaka Nkoi Lucien w’imyaka 28, ku bufatanye bw’igisirikare cy’u Rwanda(RDF) ndetse n’irondo bafashwe, aba bombi bakaba bari bitwaje imbunda zo mu bwoko bwa AK-47, magazine 4 zifite amasasu 105, akajaketi ku bwirinzi ka gisirikare kamwe ndetse n’agashashi k’urumogi” Nyuma y’amasaha macye FARDC yahise isohora itangazo ivuga ko ishenguwe n’iraswa ry’umusirikare wayo ,gusa isa nkiyanyuranyije amazina y’umusirikare warashwe nayo RDF yari yasohoye. FARDC yasoje ivuga ko isaba ingabo z’akarere zishinzwe umutekano w’imipaka kwihutisha no gufasha mu gucyura abasirikare bayo 2 ndetse n’umurambo w’umusirikare warashwe. | 239 | 672 |
Abatubuzaga kubaka ni bo buzuza intebe zacu basaba serivisi - Perezida Kagame. Yabitangaje kuri uyu wa kabiri tariki 25 Ukwakira 2016, mu ruzinduko akomereje mu murwa mukuru Maputo wa Mozambique, avuga ku rugendo rw’u Rwanda mu bukungu no mu bwiyunge nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Perezida kagame yavuze ko Abanyarwanda bakoze cyane kugira ngo bareshye abafatanyabikorwa, ariko bakirinda ko hari ibyemezo byafatiwe ahandi byabagiraho ingaruka. Yavuze ko ibyo byatumaga hari abatemera bavugaga ko u Rwanda atari igihugu gitanga icyizere mu ishoramari. Yagize ati “Serena Hotel ari nayo hoteli ya mbere y’inyenyeri ishanu, nyuma hakaza Rwandair ari yo kompanyi itwara indege, ibyo ni ibyemezo byafashwe n’ubwo hari abaterankunga n’abanyamabanki batabonagamo ko havamo bizinesi.” Yongeyeho ati “Abo batubuzaga kubaka cyangwa gushora imari nib o basigaye buzuza intebe baka serivise zitandukanye.” Perezida Kagame yabwiye abari bitabiriye iki kiganiro biganjemo abacuruzi, abashoramari n’abafite aho bahuriye n’uburezi, ko ibanga u Rwanda rwakoresheje ari ugukangurira abaturage kugira uruhare rwo guhindura umuryango wahozeho. Yavuze ko urugendo yagiriye muri iki gihugu ari mu rwego rwo guhuriza hamwe ibihugu by’Afurika, kugira ngo bigirire akamaro abaturage. Abanyamakuru ba Kigali Today @ kigalitoday | 184 | 497 |
Uhoraho ategeka Musa na Aroni kumenyesha Abisiraheli inyama bashobora kurya. Arababwira ati: “Mu matungo n'inyamaswa, mushobora kurya ibyūza kandi bifite inzara z'ibinono zigabanyijemo kabiri. Ariko ingamiya nubwo yūza ntimukayirye, kuko idafite inzara z'ibinono zigabanyijemo kabiri, kuri mwe irahumanye. Impereryi na yo nubwo yūza ntimukayirye, kuko idafite inzara z'ibinono zigabanyijemo kabiri, kuri mwe irahumanye. Urukwavu na rwo nubwo rwūza ntimukarurye, kuko rudafite inzara z'ibinono zigabanyijemo kabiri, kuri mwe rurahumanye. N'ingurube na yo, nubwo ifite inzara z'ibinono zigabanyijemo kabiri ntimukayirye kuko itūza, kuri mwe irahumanye. Ntimukarye ku nyama zabyo cyangwa ngo mukore ku ntumbi zabyo, kuri mwe birahumanye. “Mu biba mu mazi ari mu migezi cyangwa mu biyaga cyangwa mu nyanja, mushobora kurya amafi yose afite amababa n'isharankima. Ariko ibidafite amababa n'isharankima, ari udusimba two mu mazi cyangwa izindi nyamaswa zo mu mazi, kuri mwe birazira. Ntimukarye inyama zabyo cyangwa ngo mukore ku ntumbi zabyo. Ibiba mu mazi byose bidafite amababa n'isharankima, kuri mwe birazira. “Mu biguruka, dore ibyo mutagomba kurya kuko mubizira: kagoma n'icyanira n'itanangabo, na sakabaka n'icyarūzi uko amoko yacyo ari, n'amoko yose y'ibikōna, na mbuni na nyirabarazana, n'inkoko y'amazi n'agaca uko amoko yako ari, n'inzoya n'igihunyira gito n'igihunyira kinini, n'igihunyira cy'amatwi n'uruyongoyongo n'ikizu, n'umusambi n'igishondabagabo uko amoko yacyo ari, na samusure n'agacurama. “Udusimba twose tuguruka kandi tugendesha amamaguru, kuri mwe turazira uretse udusimbuka. Nuko rero mushobora kurya amoko yose y'inzige n'isanane n'ibihōre. Ariko utundi dusimba twose tuguruka kandi tugendesha amaguru, kuri mwe turazira. “Umuntu wese ukoze ku ntumbi y'inyamaswa cyangwa y'itungo, aba ahumanye kugeza nimugoroba. Umuntu wese uteruye iyo ntumbi ajye amesa imyambaro ye, kandi yirirwe ahumanye kugeza nimugoroba. Inyamaswa zose zidafite inzara z'ibinono zigabanyijemo kabiri kandi ntizūze, kuri mwe zirahumanye. Umuntu wese ukoze ku ntumbi yazo aba ahumanye. Inyamaswa zose z'amajanja na zo kuri mwe zirahumanye. Umuntu wese ukoze ku ntumbi yazo aba ahumanye kugeza nimugoroba, uteruye intumbi yazo ajye amesa imyambaro ye kandi yirirwe ahumanye kugeza nimugoroba, kuri mwe zirahumanye. “Mu tunyamaswa dukururuka, kuri mwe dore uduhumanya: ifuku n'imbeba n'imiserebanya y'amoko yose, n'icyugu n'igihangara n'ikibangu n'uruvu. Umuntu wese ukoze ku ntumbi ya kamwe muri two, aba ahumanye kugeza nimugoroba. Intumbi yako iyo iguye ku gikoresho icyo ari cyo cyose, cyaba icy'igiti cyangwa icy'umwenda cyangwa icy'uruhu, iragihumanya. Mujye mucyoza kiba gihumanye kugeza nimugoroba, hanyuma kigahumanuka. Intumbi yako iyo iguye mu gikoresho cyose cy'ibumba, ikirimo cyose kirahumana kandi icyo gikoresho mujye mukimena. Iyo amazi yo mu gikoresho nk'icyo atarukiye ku biribwa birahumana, kandi bene iyo ntumbi iyo iguye mu kinyobwa kiba gihumanye. Iyo iguye ku kindi gikoresho, na cyo kiba gihumanye. Iyo iguye ku ziko cyangwa ku mashyiga by'ibumba biba bihumanye mujye mubimena, kuri mwe biba bihumanye. Nyamara amariba cyangwa ibigega by'amazi iguyemo ntibiba bihumanye, ahubwo ukuyemo iyo ntumbi ayikozeho ni we uba ahumanye. Iyo iguye mu myaka, iyo myaka ntiba ihumanye, ariko iyo iguye mu myaka bashyize mu mazi, kuri mwe iyo myaka iba ihumanye. “Itungo mushobora kurya niryipfusha, ukoze ku ntumbi yaryo aba ahumanye kugeza nimugoroba. Haramutse hari uriye ku nyama zaryo ajye amesa imyambaro ye, kandi yirirwe ahumanye kugeza nimugoroba. Uteruye iyo ntumbi na we ajye amesa imyambaro ye, kandi yirirwe ahumanye kugeza nimugoroba. “Udusimba twose dukururuka hasi turazira, ntituribwa. Ntimukarye udusimba twose dukurura inda hasi, n'udukururuka hasi tugendesha amaguru ane cyangwa arenga, kuko tuzira. Mujye muziririza utwo dusimba kugira ngo tutabahumanya. Ndi Uhoraho Imana yanyu, munyiyegurire mube abaziranenge kuko nanjye ndi umuziranenge. Ntimukihumanyishe utwo dusimba dukururuka hasi. Ndi Uhoraho wabakuye mu Misiri kugira ngo mbabere Imana, none rero nimube abaziranenge kuko nanjye ndi umuziranenge. “Ngayo amabwiriza yerekeye inyamaswa n'amatungo, n'ibiguruka n'ibiba mu mazi n'ibikururuka hasi. Muyaherewe kumenya gutandukanya ibihumanye n'ibidahumanye, no kumenya inyama ziribwa n'izitaribwa.” | 590 | 1,789 |
Bruce Melodie yateye utwatsi kubavuze ko yaguze imodoka ku kayabo ka miliyoni 700. Bruce Melodie nk’umwe mu bahanzi bakomeye mu bagezweho muri iyi minsi yahakanye amakuru avuga ko yatumijeho imodoka ihenze igura agera kuri miliyoni 700 itunzwe n’ibyamamare birimo na Cristiano Ronaldo.Mu mpera z’ukwezi gushize kwa Nzeri, nibwo haje inkuru ivuga ko iki cyamamare muri muzika nyarwanda cyaherukaga gusinyira akayabo ka miliyari ko kwamamaza Kompanyi ya Food Bundle ko yatumijeho imodoka ihenze.Amakuru yavuze ko uyu muhanzi Bruce Melodie, yatumijeho imodoka yo mu bwoko bwa Brubus igura amadorali ya Amerika ibihumbi 700, ni ukuvuga miliyoni 700 z’amafaranga y’u Rwanda.Yabitangaje mu kiganiro yagiranye na ISIMBI Tv dukesha iyi nkuru , Bruce Melodie yahakanye aya makuru avuga ko atigeze atumizaho iyi modoka atazi n’aho byavuye.Ati “Njye nta modoka naguze nta n’ibyo navuze, ntawambajije, ntabwo bakoze iperereza, nta nubwo yaje aho ntuye (…) njye nta modoka natumije nta n’ibyo navuze, iby’imodoka reka reka nta n’ibyo nigeze mvuga.”Bruce Melodie ni umwe mu bahanzi nyarwanda bakunzwe kandi bakomeye bamaze no kubona agatubutse binyuze mu kwamamaza ndetse n’umuziki akora. | 172 | 446 |
Ishyamba rya Busaga. Intangiriro.
Ishyamba kimeza rya Busaga riherereye mu Mudugudu wa Muyebe, mu Kagali ka Ruhango, Umurenge wa Rongi, mu Karere ka Muhanga. Ishyamba kimeza rya Busaga rifite ubuso bwa Hegitari 154, niryo ryonyine rigaragara mu Karere ka Muhanga, kuko andi mashyamba ahari ni ay’abaturage bateye.
Ishyamba.
Abaturiye ishyamba kimeza rya Busaga bavuga ko mbere y’uko rishyirwa mu hantu nyaburanga, abaturage barijyagamo bakaryangiza, kuko bicaga inyamaswa bakanatema ibiti biririmo bashaka gutashya inkwi.Bakavuga ko aho rishyiriwe mu hantu nyaburanga, ryashyizweho uruzitiro n’abarinzi nta muturage n’umwe ubasha kwinjiramo, keretse abaje gusoromamo imiti gakondo gusa. umwe mu baturiye ishyamba akaba ari n’umurinzi waryo, avuga ko nta muturage utinyuka ngo abashe kwinjiramo kuko atinya Ubuyobozi bw’inzego z’ibanze mu Mudugudu, mu Kagari, Umurenge, abarinzi cyangwa abaturage.
Umiti.
enshi mu baturage bamaze gusobanukirwa n’akamaro ribafitiye, kuko usibye imiti gakondo bakuramo, ishyamba rikurura imvura no mu gihe abatuye mu bindi bice baba batayifite bo bakayibona no mu gihe cy’impeshyi.Hareshya ba Mukerarugendo kuva mu mwaka wa 2013. Ni ishyamba rikomye, ririmo amoko atandukanye y’inyamaswa, inyoni n’ibiti bya kimeza birebire, avuga ko usibye kuba ribazanira imvura, abavuzi ba gakondo ariho bakura imiti yo kuvura abarwayi n’amatungo yabo.
Inyamaswa.
Iri shyamba kandi ribamo amoko y’inyamaswa atandukanye arimo inkima, imondo, impimbi, ingunzu, hakabamo inuma, ibuhunyira, ubwoko bw’inzoka zirimo impoma, incarwatsi n’imbarabara. Abarituriye bavuga ko mu biti by’ingenzi birebire biri muri iri shyamba, harimo umwavu, umuyove, umusebeya, n’umurangara. | 220 | 669 |
Sénégal: Uri mu myigaragambyo yo kwiyicisha inzara yagiye mu bitaro. Nk’uko byatangajwe n’abakorana nawe ndetse n’umwe mu bamwunganira mu mategeko Me Ciré Clédor Ly, Ousmane Sonko, ari mu myigaragambyo yo kwiyicisha inzara nyuma yo gutabwa muri yombi mu mpera z’ukwezi kwa Nyakanga 2023. Abavugizi babiri ba Sonko Ousmane Sonko ndetse n’uwo munyamategeko umwe mu bamwunganira, bemeje ko ari mu bitaro muri serivisi zita ku ndembe, nubwo batigeze batangaza uko ubuzima bwe buhagaze kugeza ubu. Ishyaka rya Ousmane Sonko, ‘Le Pastef ‘ ryavuze ko kuba ubuzima bwe butameze neza, biri ku mutwe w’abategetsi ba Senegal, nubwo bo ntacyo baratangaza kuri icyo kibazo. Ousmane Sonko, w’imyaka 49 y’amavuko, yatangiye imyigaragambyo yo kwiyicisha inzara guhera ku itariki 30 Nyakanga 2023, nyuma y’iminsi ibiri ahamagajwe n’urukiko. Sonko yamaze gutangaza ko aziyamamaza mu matora ya Perezida wa Repubulika yo mu 2024, akaba amaze imyaka ibiri ahanganye n’ubutegetsi buriho muri Senegal kuko yatangiye mu 2021, kuba yarakurikiranywe akekwaho ibyaha by’ihohotera rishingiye ku gitsina, Sonko abihakana avuga ko ari umugambi wa Guverinoma iriho wo gushaka kumuhigika ngo ave muri Politiki. Umunyamakuru @ umureremedia | 176 | 487 |
Burera: Haravugwa abajura biba ibyuma byubakishijwe isoko. Ntibarikure Sidoniya umwe mu barituriye agira ati: “Abajura bacunga ijoro riguye nta muntu ukiririmo, bakaza bakamenagura ibi bisima, bagashikuzamo za ferabeto. Buri uko bucyeye turizamo tugasanga hari ibisima bangije, ku buryo rwose tubona amaherezo y’iri soko ari ukuzasenyuka burundu, tukongera kujya gucururiza ku gasi. Twifuza ko aya mabandi akomeje kudupfobereza iterambere ubuyobozi bw’Igihugu cyacu bwari bwaratwegereje yafatwa akabihanirwa kuko aho bigeze bikabije cyane”. Iri soko riherereye mu Murenge wa Rugarama Akarere ka Burera, ryubatswe muri gahunda yo kwegereza abaturage ibikorwa remezo bibafasha kugurisha umusaruro beza. Barasaba ko hafatwa ingamba zo guhana byihanukiriye uwafatwa aryangiza, kugira ngo ahabonere isomo ryo kutabisubira. Habiyaremye agira ati: “Iri soko nta baririnda mu buryo buhoraho, ari na yo mpamvu ayo mabandi asa n’aho yaryigaruriye, akaba arisenya uko yishakiye. Twifuza ko ubuyobozi bwashyiraho ingenza ziricunga zinashakisha abaryangiza, uwazafatwa akaba ari we usana ibyangiritse byose. Ariko kandi hagati aho tunifuza ko ubuyobozi budufasha kurisana kuko ryari ridufitiye akamaro”. Umuyobozi w’Akarere ka Burera, Uwanyirigira Marie Chantal, avuga ko n’ubwo iri soko riri ku rutonde rw’ibikorwa remezo bigomba gusanwa mu ngengo y’imari y’uyu mwaka, abaturage ubwabo na bo, baba bakwiye kugira uruhare mu kuribugabungira umutekano, batanga amakuru ku muntu wese babona aryangiza. Yagize ati: “Abangiza ririya soko aho baba baturutse ni mu baturage ubwabo. Abaturage rero tubasaba ko mu bufatanyabikorwa bwiza dusanganywe hagati yacu na bo, bajya bita ku mutekano waryo bihereyeho no gutanga amakuru y’abo baba bazi baryangiza kugira ngo babiryozwe”. Yongeyeho ati “Mu buryo bwagutse ku rwego rw’Akarere, tumaze iminsi tugenzura ahari ibikorwa remezo byagiye byangirika, aho duteganya kwifashisha ingengo y’imari ibigenewe tukabisana. Na ririya soko rero riri muri gahunda y’ibyo duzasana, ariko nanone tugasaba abaturage kudashyigikira ko twubaka ibyo duhita dusana bitamaze kabiri. Ahubwo bo ubwabo babibungabunge, banatubere ijisho, n’aho babonye umuntu wese ugize icyo yangiza nk’icyo gikorwa remezo, bakamutangira amakuru kugira ngo abiryozwe”. Uwanyirigira anagaragaza ko urugendo rwo kubaka amasoko, yaba amatoya n’aciriritse rugikomeje, mu rwego rwo korohereza abaturage kubona aho bagurishiriza umusaruro wabo, bitabasabye gukora ingendo zivunanye bajya ku masoko ya kure. Ku bamaze kwegerezwa ibikorwa nk’ibyo, abibutsa ko iyo byangiritse ari bo babigizemo uruhare, amafaranga yakabaye akoreshwa mu kubegereza ibindi bikorwa remezo, ari yo akoreshwa mu kubisana, bigatuma batihuta mu iterambere. Umunyamakuru | 366 | 1,056 |
Umucuruzi Venant Kabandana (Chez Venant) yitabye Imana. Inkuru y’urupfu rwe yamenyekanye mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 18 Werurwe 2021. Abo mu muryango w’uyu mugabo wamenyekanye nk’umuntu ukora imigati iryoshye mu myaka ya za 80, bavuga ko yitabye Imana azize uburwayi, akaba yashizemo umwuka arimo kuvurirwa mu bitaro byitiriwe Umwami Faisal i Kigali. Hari abari basanzwe bazi ahacururizwa hafite izina rya ‘Chez Venant’ bamwe batazi na nyiraho ariko bakahakundira kuba ari ahantu bagura umugati n’ibindi biribwa bitandukanye bikoze mu ifarini. Hari n’abavuga ko nta wundi mugati barya, keretse uwaho. Abahazi muri za 80 bo bavuga ko Chez Venant ari ahantu bakunze gusanga ibiribwa bikoze mu ifarini biryoshye kandi bikoranywe ubuhanga, harimo umugati bitaga Croquant byatumye hari n’igihe Venant uyu bamwitaga Koroka. Umwe mu bamumenye muri ibyo bihe ati “Buriya abize mu yahoze ari Kaminuza Nkuru y’u Rwanda (UNR) bafitanye amateka meza y’uko yabafashije kubaka kubera ikiribwa cyihariye yagiraga cya pain d’épices (ni cake yaryohaga kandi yabonekaga iwe gusa). Abasore iyo bakaguriraga inkumi cyabaga ari ikimenyetso gikomeye!” Umwe mu Banyehuye bamenyanye na we witwa Antoine, avuga ko bizinesi ye yahereye ku masambusa n’amabulete yagemuraga kuri Hotel Faucon. Akomeza agira ati “Nyuma y’igihe nk’icy’umwaka yatangiye gukora imigati, akayicururiza hafi y’ahari ivuriro rya Salus ubungubu. Nyuma yaho yaje gucururiza mu isoko rya Butare, hanyuma ashinga n’uruganda rw’imigati i Tumba. Ahacururizwa imigati n’ibindi biribwa byiganjemo ibikoze mu ifarini hazwi ku izina rya Chez Venant yahubatse nyuma, hanyuma na ho haramenyekana.” Antoine uyu anavuga ko Chez Venant hatangira kumenyekana mu mujyi i Huye, hari n’ahandi hantu na ho hari ahandi bakoraga ibijyanye n’imigati (boulangerie) hari hazwi mu mujyi wa Butare hitwaga Chez Christine, ariko ko ho hageze aho hagafunga imiryango. Nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994, Kabandana yaje kwagurira ibikorwa bye i Kigali, aho yashyize inzu y’ubucuruzi (alimentation) nini nk’uko bivugwa na Nzarubara utuye mu mujyi, i Huye. Agira ati “I Kigali aho yakoreraga na ho haramenyekanye. Iyo twajyaga za Kigali twajyagayo nk’abantu bazi imikorere ye. Icyakora yaje guhomba maze agaruka i Huye. Icyakora na ho ntiyari yarigeze areka kuhakorera.” Uretse umugati, uyu mucuruzi Venant ngo yigeze no gushora imari mu bijyanye n’ubuhinzi, kuko yashinze uruganda rutunganya ingano muri Nyamagabe. Icyakora rwaje guhagarara. Yigeze no guhagararira sosiyete Yamaha, acuruza moto zayo. Naho ku bijyanye n’imibanire ye n’abandi bantu, ngo yari umugabo ukunda ko n’abandi bantu batera imbere, abo babashije kuganira akanabagira inama. Uwitwa Kayitare yongeraho ko yigeze kumugurisha moto ya AG100, akamukuriraho amafaranga menshi ku giciro gisanzwe kizwi, nk’uburyo bwo kumufasha ngo na we atere imbere. Ngo n’uwamugeragaho ashonje yaramufunguriraga. Kabandana Venant kandi ngo ari mu batumye Korali Ijuru izwi mu mujyi i Huye ibaho, kuko yagize uruhare mu kuyishakira abanyamuryango. N’inama iyishyiraho (gutora abayobozi bayo) ngo yabereye iwe. Abo baririmbanye mu ntangiriro bavuga ko yagiraga ijwi ryiza rya soprano. Kuri ubu muri iyi korali iri jwi riririmbwa n’ab’igitsina gore, ariko mu ntangiriro yari igizwe n’abagabo gusa. Umunyamakuru @ JoyeuseC | 480 | 1,304 |
ndishyi akwiye kuko ari we wishoye mu manza, ko ahubwo yacibwa indishyi zingana na 8,000,000 Frw kuri uru rwego ziyongera kuzo Sanlam AGA Ltd yagenewe mu Rukiko Rukuru kuko ari we wishoye mu manza. UKO URUKIKO RUBIBONA a) Ku byerekeye indishyi zikomoka ku mpanuka [41] Ingingo ya 258 y’itegeko ryo ku wa 30 Nyakanga 1888 rishyiraho Igitabo cya gatatu cy’urwunge rw'amategeko y'imbonezamubano, ibyerekeye imirimo nshinganwa cyangwa amasezerano cyakoreshwaga igihe Habakubaho Samson yakoraga impanuka, iteganya ko: “Igikorwa cyose cy'umuntu cyangirije undi gitegeka nyirugukora ikosa rigikomokaho kuriha ibyangiritse”. [42] Urukiko rw’Ubujurire rurasanga indishyi zingana na 92,147,015 Frw Habakubaho Samson yaka azishingira ku Iteka rya Perezida no 31/01 ryo ku wa 25/08/2003 rishyiraho uburyo bwo kwishyura indishyi ku bubabare bw'umubiri buturutse ku mpanuka zitewe n’ibinyabiziga, kubera ko yumvaga ko impanuka yagize ari iteganywa n’iryo teka, ariko nk’uko byasobanuwe, impanuka yagize ikaba yaraturutse ku burangare bwa nyiri ikinyabiziga utaratahuye hakiri kare ikibazo cy’urugi imodoka ye yari ifite rukamugwaho, rukamutera ubumuga. Rurasanga rero, indishyi yagenerwa ari iziteganywa mu ngingo ya 258 ifatiwe hamwe n’iya 260 z’Itegeko ryo ku wa 30 Nyakanga 1888 y’igitabo cya gatatu cy’urwunge rw'amategeko y'imbonezamubano ryavuzwe haruguru, ryakoreshwaga igihe akora impanuka, ku bijyanye n’igikorwa cyose cyangirije umuntu kubera kutita ku bintu umuntu ashinzwe kurinda, ariko kubera ko iryo tegeko ritateganyije uburyo izo ndishyi zibarwa, zikaba zigomba kugenwa mu bushishozi bw’umucamanza, harebwe ubumuga yatewe n’iyo mpanuka n’ingaruka byamugizeho. [43] Rurasanga nk’uko byagaragajwe muri uru rubanza, impanuka Habakubaho Samson yagize yaramusigiye ubumuga buhoraho ku kigero cya 80%, akaba agendera mu kagare, ari nta kintu ashobora kwikorera kuva yagira impanuka, bityo n’ubwo nta giciro ngenderwaho mu kugena indishyi, rusanga hakurikijwe ubumuga yagize kandi agifite kugeza ubu, ndetse azahorana, ku myaka afite, n’ikigero cy’ububabare yagize yagenerwa 10.000.000 Frw y’indishyi z’akababaro, aho kuba 92,147,015 yari yasabye ashingiye ku Iteka rya Perezida no 31/01 ryo ku wa 25/08/2003 rishyiraho uburyo bwo kwishyura indishyi ku bubabare bw'umubiri buturutse ku mpanuka zitewe n’ibinyabiziga. b) Kubijyanye n’izindi ndishyi zakwa muri uru rubanza [44] Ingingo ya 111 y’Itegeko N◦22/2018 ryo ku wa 29/04/2018 ryerekeye imiburanishirize y’imanza z’imbonezamubano, iz’ubucuruzi, iz’umurimo n’iz’ubutegetsi iteganya ko "[…] ikirego cy’amafaranga y’ikurikiranarubanza kiburanishirizwa rimwe n’ikirego cy’iremezo. Gishobora kandi kwakirwa kikanaburanishwa n’iyo ikirego cy’iremezo cyaba kitakiriwe". [45] Urukiko rurasanga kuba Sorwatraco Ltd ari yo yateje impanuka bikaba ngombwa ko Habakubaho Samson ashaka umuburanira kandi agakurikirana urubanza rwe kugeza kuri uru rwego, agomba kwishyurwa ibyo yatakaje ku rubanza, 2.000.000 Frw yaka y’igihembo cya Avoka akaba yayahabwa kuko atari ikirenga harebwe ko yaburanye guhera mu Rukiko Rwisumbuye kugeza mu Rukiko rw’Ubujurire, agahabwa na 1.000.000 Frw y’ikurikiranarubanza kuri izo nzego zose. [46] Rusanga 1.000.000 Frw Habakubaho Samson yari yategetswe guha Sanlam AG Ltd afatanyije na Sorwatraco Ltd atagomba kuyatanga, kuko bigaragara ko ibyo yaregeye bifite ishingiro, naho ayo Sorwatraco Ltd yagombaga guha Sanlam AG Ltd akaba atakurwaho kuko ariyo yagobokesheje Sanlam AG Ltd mu rubanza kandi nayo yemera ko nta mpanuka yo mu muhanda yabaye. III. ICYEMEZO CY’URUKIKO [47] Rwemeje ko ubujurire bwatanzwe na Habakubaho Samson bufite ishingiro kuri bimwe; [48] Rwemeje ko urubanza n° RCA 00242/2019/HC/KIG rwaciwe n’Urukiko Rukuru ku wa 8/5/2020 ruhindutse [49] Rutegetse Sorwatraco Ltd kwishyura Habakubaho Samson 10.000.000 Frw y’indishyi z’akababaro, ikamuha 2.000.000 Frw y’igihembo cya Avoka na 1.000.000 Frw y’ikurikiranarubanza; [50] Rutegetse kandi Sorwatraco Ltd kwishyura Sanlam AG Ltd 500.000 Frw yategetswe mu rubanza rujuririrwa; [51] Rutegetse ko amafaranga y’amagarama y’urubanza aherera ku isanduku ya Leta kuko Habakubaho Samson | 552 | 1,697 |
U Rwanda rwashyikirije u Burundi abarwanyi ba RED Tabara. Icyo gikorwa cyakorewe i Nemba mu Karere ka Bugesera imbere y’itsinda ry’abasirikare b’Akarere k’Ibiyaga bigari bashinzwe kugenzura ibibazo bibera ku mipaka y’ibyo bihugu, bitwa Joint Verification Mechanism (JVM). Abo barwanyi bafatiwe mu Rwanda bafite ibikoresho bitandukanye birimo imbunda n’amasasu yari mu mifuka. Muri icyo gikorwa u Rwanda rukaba rwari ruhagarariwe n’ushinzwe Iperereza mu Ngabo z’u Rwanda, Brig Gen Vincent Nyakarundi, na ho u Burundi bukaba bwari buhagarariwe n’uwitwa Col Ernest Musaba. Ni igikorwa cyashimwe n’abahagarariye JVM ndetse n’Umuryango w’Abibumbye, kuko ngo ari indi ntambwe mu kurwanya imitwe yitwaje intwaro no kugarura umutekano muri aka karere k’ibiyaga bigari. Uwitwa Dr Richmond Tiemoko uhagarariye Ishami rya Loni ryita ku Iterambere (UNFPA) mu Burundi yagize ati “Igihe bazaba bagejejwe i Burundi bazakorwaho iperereza ku mpamvu ibatera kujya muri iyo mitwe”. Uyu muyobozi wa NFPA i Burundi yavuze ko bazakomeza gukurikirana ko aba barwanyi bahabwa ubutabera bunoze mu gihugu cyabo. Itsina rya JVM rivuga ko ridashobora kuvuga ibyavuye mu iperereza ku buryo abo barwanyi bafashwe, ariko ko byamenyesheje Leta z’ibihugu byombi (u Rwanda n’u Burundi). Umutwe wa RED Tabara washinzwe n’abagerageje guhirika Ubutegetsi bwa Nyakwigendera Pierre Nkurunziza mu mwaka wa 2015, bakaba bavugaga ko bakomeje umugambi wo kurwanya Leta y’u Burundi. Reba Video igaragaza igikorwa cyo guha u Burundi abo barwanyi Umunyamakuru @SimonKamuzinzi | 218 | 579 |
EAC irasaba abanyamuryango bayo bafitanye amakimbirane kwiyunga. Ubunyamabanga bukuru bw’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba bwasohoye itangazo risaba ibihugu biri muri EAC bifitanye ibibazo kwiyunga mu mahoro. umunyamabanga mukuru w’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba(EAC) Dr. Peter Mathuki, abinyujije mu itangazo ryasohotse ku wa 12 Mutarama yibukije abanyamuryango ba EAC ko intego y’ishingwa ry’uyu muryango ari mu nyungu z’abaturage batuye muri ibi bihugu byo mu karere kugira ngo ibihugu byihuze ,abaturage bishyire hamwe. bityo akaba asaba ibihugu bigize EAC bifitanye amakimbirane atandukanye kwihuza bagakemura ibibazo bafitanye binyuze mu nzira y’ibiganiro kandi bikozwe mu mahoro. Dr. Peter Mathuki kandi yibukije ko hari uburyo bwinshi butandukanye bwashyizwe ho kandi bwemeranywa ho n’abanyamuryango bwo kwikemurira ibibazo hagati yabo hatagize igihugu gihunganywa,ubwo buryo ukaba ari ugushyira ho abahuza mu gihe impande zombi zitari kwikemurira ibibazo. umunyamabanga mukuru wa EAC yasoje avuga ko ari gukorana bya hafi n’umuyobozi mikuru wa EAC mu gukora ibishoboka byose ngo abanyamuryango bafitanye ibibazo bikemuke mu mahoro. iri tangazo rije nyuma yuko ibihugu bimwe na bimwe bigize uyu muryango bigiye bigirana ibibazo bitandukanye: DRC-KENYA Umubano wa Kenya na Congo ntiwifashe neza kuva mu kuboza 2023 aho umunye Congo Corneille Nangaa wahoze ayobora amatora muri Congo ashinze umutwe ( Alliance Fleuve Congo) urwanya igihugu cye kandi akawushingira i Nairo muri kenya. RWANDA-BURUNDI Umubano w’u Rwanda n’u Burundi nti wifashe neza na gato ,urugero ni nk’aho ku wa 11 Mutarama 2024 uburundi bwafunze imipaka ihuza ibihugu byombi ,u Burundi bukaba bwaravuze ko u Rwanda rucumbikiye RED-TABARA .u Rwanda rukaba rwarahakanye ibyo rushinjwa ruvuga ko ntaho ruhuriye na RED-TABARA. DRC-RWANDA u Rwanda na Congo na byo umubano ntuhagaze neza ahanini biturutse kuba Congo icumbikiye umutwe wakoze genocide mu Rwanda kandi ukaba ugikomeza guhungabanya umutekano w’u Rwanda ufatanyije na FARDC(igisirikare cya Congo). | 284 | 781 |
Kenya: Igisirikare cyarashe abarwanyi 6 ba al- Shabaab. Igisirikare cya Kenya cyatangaje ko cyishe abarwanyi batandatu bo mu mutwe w’iterabwoba wa Al-Shabaab. Ni amakuru yagiye ahagaragara ku wa 02 Gicurasi 2024. Itangazo rigenewe ibitangazamakuru ryagiye hanze, abayobozi bemeje ko iki gikorwa ari umusaruro w’imbaraga z’inzego nyinshi zishyize hamwe, zirimo n’Igisirikare cya Kenya mu Ntara ya Lamu. Lamu ni Intara iherereye ku nkombe za Kenya, hafi kilometero 341 (212 miles) mu majyaruguru y’Uburasirazuba bw’umurwa mukuru Nairobi. Iki gikorwa cyibasiye itsinda ry’abarwanyi ba al-Shabaab mu karere kagari ka Boni. Mu bishwe harimo umunyamahanga utarashyirwa ahagaragara. Al-Shabaab ivuga ko kugaba ibitero muri Kenya, biterwa n’icyemezo cya Kenya cyo kohereza Ingabo muri Somalia mu Kwakira 2011 nk’igisubizo, ku bikorwa byo gushimuta abantu benshi ndetse n’ibindi byahungabanyaga umutekano mu bice byo ku mupaka. Tariki ya 2 Mata 2015, igitero cyahitanye abantu benshi ku butaka bwa Kenya cyigabwe n’abaterabwoba ba al-Shabaab cyabereye muri Kaminuza ya Garissa. Amakuru avuga ko cyahitanye abanyeshuri basaga 140. | 157 | 441 |
biteganywa ko zisozwa ariko ntizisozwe kubera impamvu zitandukanye zo gucyemura imanza zitari zararangiye; nk’uko byatangajwe na Mukantaganzwa Domitila, wari ukuriye inkiko Gacaca.Inkiko Gacaca zashoje imirimo yazo nyuma y’imyaka 10 kuko zatangiye gukora tariki ya 18 Kamena muri 2002.URUBANZA RWA KARAMIRA FRODOUARD N’ABANDI BATEGETSI BAKOZE JENOSIDEKaramira Frodouard wavukiye i Mushubati,muri Perefegitura ya Gitarama.Yabaye umuyobozi wungirije w’ishyaka rya MDR kandi yari umuyobozi mu mutwe w’intagondwa z’ishyaka, uzwi ku izina rya "Hutu Power".Ku ya 23 Ukwakira 1993, Karamira yagejeje ijambo ku baturage aho yahimbye igitekerezo cy ’ubutegetsi bw’Abahutu.Mu rwego rw’icengezamatwara,uyu ahamagariye abaturage b’Abahutu "guhaguruka no gufata ingamba zikenewe", kandi "dushakishe muri twe umwanzi uri muri twe [Umututsi]."Mu gushishikariza Abahutu kwica Abatutsi,Karamira yasabye abantu kujya kwica ari benshi kuko nta butabera bwahana abarenga miliyoni.Karamira yagaragaye mu bitero byinshi byishe Abatutsi benshi mu mujyi wa Kigali mu gihe cya Jenoside nkuko abatangabuhamya babivuze.Ku ya 14 Gashyantare 1997, Karamira yahamijwe ibyaha byose akatirwa urwo gupfa. Yajuririye mu rukiko rw’ubujurire rwa Kigali, ariko ubujurire bwaranzwe,igihano cye gishimangirwa ku ya 12 Nzeri 1997. Ku ya 24 Mata 1998 kuri tapis rouge i Nyamirambo ya Kigali , Karamira yarasanwe n’itsindary’abantu 21 bakatiwe urwo gupfa.Iki gikorwa cyo kurasa abahawe igihano cy’urupfu, cyabereye i Nyamirambo kuri Tapis Rouge, Murambi ya Gikongoro, Ntarama mu Bugesera n’i Kibungo.Abarasiwe rimwe na Karamira,harimo Elie Nshimiyinana wahoze ari Minisitiri w’Ubuhinzi, Silas Munyagishari wahoze ari umuyobozi mukuru mu bushinjacyaha na Virginie Mukankusi wahoze ari umugenzuzi w’amashuri mu mujyi wa Kigali.Mu barasiwe i Kibungo hari harimo Dr. Deogratias Bizimana wari umuganga na Egide Gatanazi wahoze ari mu buyobozi bw’inzego z’ibanze.Nyuma y’aba,igihano cy’urupfu cyahise gikurwa mu mategeko y’u Rwanda.URUBANZA RWA PEREZIDA PASTEUR BIZIMUNGU NA MINISITIRI NTAKIRUTINKAUwahoze ari Perezida w’u Rwanda Pasteur Bizimungu, yakatiwe igihano cyo gufungwa imyaka 15 n’Urukiko rw’Ikirenga tariki ya 15 Gashyantare 2006 gusa yandikiye Perezida w’u Rwanda Paul Kagame amusaba imbabazi arazimuha.Pasteur Bizimungu wategetse u Rwanda imyaka itanu yatawe muri yombi muri 2001 we na Charles Ntakirutinka wahoze ari Minisitiri w’ibikorwa remezo baregwa ibirego bimwe byo kwangisha rubanda ubutegetsi, nyuma yaho bashatse gushinga ishyaka bari bise PDR UBUYANJA.Pasteur Bizimungu yatawe muri yombi ari iwe ubwo yari agiye kugirana ikiganiro n’abanyamakuru ngo ababwire ku ishyaka rishya yari yashinze ryitwa PDR-Ubuyanja.Yashinjwe ibyaha birimo kugariza umutekano w’igihugu no guhembera amacakubiri ashingiye ku moko, mu rubanza rwaciwe mu 2004 yakatiwe gufungwa imyaka 15.Mu 2007, Bizimungu yarekuwe ku mbabazi z’uwamusimbuye Paul Kagame, kuva icyo gihe ari i Kigali mu buzima buri kure ya politiki.Ntakirutinka we yaje gufungwa imyaka icumi azira kuba yarashakaga guhungabanya umutekano w’igihugu akoresheje ishyaka ritemewe.Imanza zo mu rukiko mpuzamahanga rwashyiriweho U Rwanda i Arusha,TPIRIzindi manza zavuzwe cyane mu Rwanda n’izaciwe n’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha Rwashyiriweho u Rwanda rwakoreraga Arusha muri Tanzania.TPIR ni rwo rukiko mpuzamahanga rwa mbere mu mateka rwaciye imanza zifitanye isano na jenosideUru rukiko rwashyizweho n’umwanzuro w’akanama k’umutekano ka Loni, wavugaga ko ruzaba rugenewe kurangiza imirimo yatangiye mu 1995.Uru rukiko rwakatiye abantu b’ingeri zinyuranye, barimo abanyapolitiki, abihaye Imana, abasirikare, abanyamakuru ndetse n’abantu basanzwe.Umutegarugori umwe rukumbi warurezwemo ni Paulina Nyiramasuhuko wari Ministi w’umuryango no guteza imbere abategarugori.Uru rukiko rwasoje imirimo yarwo mu Ukuboza 2015 rukoreye inyandiko z’ibirego abantu 93.Muri bo 61 bakatiwe ibihano biri hagati y’imyaka itandatu no gufungwa burundu, 14 bahanagurwaho ibyaha. Hari imanza enye zimuriwe mu nkiko z’ibihugu, ebyiri mu Bufransa n’ebyiri mu Rwanda. Ariko kandi hari abantu icyenda urukiko rutashoboye guta muri yombi.Zimwe mu manza zavuzwe ni urwa: Theoneste Bagosora,Paulina | 545 | 1,653 |
BNR yasinye amasezerano y’ubufatanye na CMA. Guverineri wa banki nkuru y’igihugu, Ambasaderi Gatete Claver, avuga ko kumenya uko amafaranga yinjiye mu igurishwa ry’imigabane bibafasha gucunga ubukungu bw’igihugu. Umuyobozi w’ikigo gishinzwe kugurisha imigabane, Robert Mathu, avuga ko kugura no kugurisha imigabane ku isoko bikorwa binyuze mu nzira z’amabanki hakaba hagomba ubufatanye kugira ngo akazi bakora kagende neza. Ibi bizafasha banki nkuru y’igihugu gucunga uko ifaranga rihagaze ku isoko. U Rwanda rwashyizeho isoko ry’imigabane mu mwaka wa 2008. Kugeza ubu ibigo bine nibyo bimaze gushyira imigabane yayo ku isoko ry’imigabane mu Rwanda: Bralirwa, Banki ya Kigali, Banki y’ubucuruzi ya Kenya (KCB) n’ikigo cy’itangazamakuru cyo muri Kenya (NMG). Uburyo bwo kugura imigabane ku masoko ni bumwe mu buryo bufasha abantu gukora ubucuruzi ndetse bigatuma n’ifaranga rishobora gucungwa neza. Nubwo bitaratera imbere, Abanyarwanda bishimiye gushyirwa ku masoko kw’imigabane y’ibigo bimwe nka Bralirwa aho bashoboye kugura imigabane kandi yunguka basanga ari ukwizigamira. Sylidio Sebuharara | 149 | 440 |
Ruswa n’akarengane bigiye kurandurwa burundu ahakorerwa impushya z’ibinyabiziga.. Polisi y’u Rwanda yatangaje ko iri mu myiteguro yo gutangiza ikigo kizajya cyifashishwa mu gukorera uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga rw’agateganyo n’urwa burundu hifashishijwe ikoranabuhanga. Ni ikigo cyatangiye kubakwa mu 2017 mu Karere ka Kicukiro ahazwi nko mu Busanza, bikaba byari biteganyijwe ko gitangira gukora muri Kamena mu 2021 gusa gikomwa mu nkokora na Covid19. Kuri ubu iki kigo biteganyijwe ko kigomba gutangira muri uyu mwaka, nkuko Umuvugizizi wa Polisi, ACP Boniface Rutikanga, yemeza ko icyi kigo cya Polisi cyo mu Busanza, kizajya cyifashishwa mu gukora ibizamini byo gutwara ibinyabiziga giteganyijwe gutangira muri uyu mwaka. Avuga ko kizorohereza abantu kurushaho ,kandi ibisabwa ngo gitangire byenda kurangiza kunozwa, ibizamini hafi ya byose bizajya bihakorerwa ariko n’ubundi buryo busanzwe buzakomeza gukoreshwa mu bindi bice by’igihugu, ati “Nta nzira y’ubusamo iba mu kubona ‘permis’ (uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga). Iki kigo kizaba kirimo ibyangombwa byose byari bisanzwe biboneka aho abantu bakoreraga impushya za burundu zo gutwara ibinyabiziga. Hazakorerwa ikizamini cy’uruhushya rwo gutwara rwa burundu hifashishijwe ikoranabuhanga. Ni ikigo gifite ibyangombwa nkenerwa Ni ukuvuga imihanda itunganyijwe muri icyo kigo, iteye ku buryo bujyanye n’ibizamini bikoreshwa ahazamuka, parikingi n’amakorosi. Kandi iyo mihanda ikaba ifite “sensors” zibasha kwerekana ikosa rikozwe n’umunyeshuri. Umunyeshuri aba yicaye mu modoka wenyine ibyo akora bigakurikiranwa n’umupolisi wicaye mu cyumba cy’ubugenzuzi “Control room”. Iki kigo kizaba gifite ubushobozi bwo kwakira abantu bari hagati ya 1000 na 1200 bakorera impushya z’agateganyo, mu gihe abakorera iza burundu bo kizajya cyakira abari hagati ya 230 na 250. Nta ruswa, nta kwibeshya nta n’akarengane kubera ko ukora ikizamini aba akorana na mudasobwa. Iri koranabuhanga nta marangamutima rigira, ntiryibeshya, nta karengane nta n’ikimenyane rigira. Mu gihe iki kigo kizaba cyatangijwe, abakorera ibizamini byo gutwara imodoka mu Mujyi waKigali bose bazakoresha ubu buryo bw’ikoranabuhanga ariko abo mu ntara bo bakazakomeza gukoresha uburyo busanzwe kugeza igihe na bo bazagerezwaho iri koranabuhanga. Polisi y’u Rwanda ivuga ko iki kigo kizatanga amahirwe yo kuba umuntu yakora ikizamini igihe abishakiye bitewe n’umwanya afite, kandi utsinze bikazaba bigaragaza koko ko azi gutwara ikinyabiziga. | 336 | 964 |
Hagaragajwe uburyo ikibazo cy’ubucucike bw’imfungwa n’abagororwa kigiye gukemuka. Minisiteri y’Ubutabera iratangaza ko harimo gukorwa byinshi kugira ngo ikibazo cy’ubucucike bw’imfungwa n’abagororwa gikemuke, ndetse habeho no kunoza uburyo bwo kugorora abanyabyaha. Ibi bikibuye mu biganiro byahuje Abaminisitiri bafite ubutabera mu nshingano n’abadepite bagize komisiyo y’ubumwe bw’abanyarwanda, uburenganzira bwa muntu no kurwanya Jenoside. Minisiteri y’Umutekano mu gihugu ivuga ko mu gukemura iki kibazo cy’ubucucike mu magororero, hatekerejwe uburyo butandukanye burimo kongera imibare y’abarekurwa kubera ko bamaze gukora 2/3 by’igifungo bakatiwe n’inkiko bitwara neza. Minisitiri w’Umutekano, Gasana Alfred avuga byajyaga bikorwa inshuro imwe mu mwaka ariko noneho bizajya bikorwa buri mezi atandatu kandi ngo ntibizajya bisaba ko umuntu ufunze ariwe ubisaba. Aha abadepite bagize impungenge zishingiye ku kuba abazasohoka batarangije ibihano bazaba benshi, bikaba byatuma habaho insubiracyaha nk’uko byagiye bigaragara hirya no hino mu gihugu Kuri iki kibazo, komiseri mukuru w’urwego rw’imfungwa n’abagororwa, DCG Marizamunda Juvenal avuga ko uburyo bwo gutegura imfungwa n’abagororwa burimo kunozwa ndetse ngo hagiye no kujyaho n’ibigo byihariye kuri iki kibazo. Abadepite banagarutse ku kibazo cy’abantu bamara igihe kirekire mu magororero bataraburanishwa. Minisitiri w’Ubutabera, Ugirashebuja Emmanuel yavuze ko iki kibazo nacyo cyamaze gushakirwa ibisubizo, ndetse mu minsi ya vuba ababarirwa mu 100 bazahita bafungurwa. Ubu buryo buvuguruye mu gufungura imfungwa n’abagororwa bukaba bwaramaze kwemezwa mu itegeko rigenga urwego rw’imfungwa n’abagororwa RCS. Ubu amagororero y’u Rwanda acumbikiye abagera ku bihumbi 87, bangana na 145% by’umubare wateganirijwe. | 226 | 716 |
U Rwanda rugiye gukoresha imiti y’uruganda rwo muri Uganda. Mu gitondo cya tariki 26/01/2012 Kagame hamwe n’intumwa za Guverinoma bajyanye muri Uganda basuye uruganda Quality Chemicals Factory maze baranabishima. Mu kiganiro n’abanyamakuru, umuyobozi w’uru rugangda, Emmanuel Katongole, yavuze ko nyuma yo gutemberezwa urwo ruganda no kwerekwa ibikorwa rukora, Perezida Kagame yashimye intambwe rugezeho akabemerera ko u Rwanda mu minsi mike iri mbere ruzatangira gukoresha rukora. The New Vision yanditse ko kuba u Rwanda rugiye gutangira gukoresha imiti y’uruganda Quality Chemicals Factory, bizatiza ur ruganda umurindi mu cyerekezo rwihaye cyo guhaza Afurika ku miti. Uruganda Quality Chemicals Factory ruherereye i Kampala mu mujyi rwagati rwahawe uburenganzira bw’agateganyo bwo gukora imiti n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (WHO). Uretse imiti ya maraliya, u Rwanda rugiye no gutangira gukoresha imiti igabanya ubukana bwa Sida ikorerwa mu gihugu cya Uganda. Niyonzima Oswald | 138 | 346 |
Abayobozi bo muri Afurika y’Epfo bashimiye Abahamya ba Yehova kubera ko bafasha abafite ubumuga bwo kutumva no kutavuga. Abahagarariye abafite ubumuga bwo kutumva no kuvuga bo muri Afurika y’Epfo, bashimiye Abahamya ba Yehova kubera ko bafasha abafite ubumuga bwo kutumva no kutavuga, kurushaho kugira ubuzima bwiza babakorera amavidewo meza ari mu rurimi rw’amarenga rwo muri Afurika y’Epfo. Ibyo byabaye nyuma y’uko hasohotse igitabo cy’Abagalatiya n’Abefeso bya Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya y’Ibyanditswe by’Ikigiliki bya Gikristomu rurimi rw’amarenga, byasohotse ku itariki ya 15 Ugushyingo 2021. Byatumye ibitabo bya Bibiliya bimaze gusohoka mu rurimi rw’amarenga yo muri Afurika y’Epfo biba icumi. Hateganyijwe ko ibindi bitabo bine bizasohoka muri Mata 2022. Ibyo bitabo byose biboneka ku rubuga rwa jw.org no kuri porogaramu yaJW Library Sign Language. Minna Steyn, umwarimu akaba n’umuyobozi mu ntara ya Western Cape yagize icyo avuga ku Bahamya ba Yehova agira ati: “Nkunda cyane kureba izo videwo zo mu marenga. Ndifuza gushimira cyane Abahamya bitewe n’uko bateguye videwo nziza zo mu marenga.” Bongani Makama, perezida w’Ishyirahamwe ry’Abafite Ubumuga muri Eswatini, yaravuze ati: “Turashimira cyane Abahamya ba Yehova kuba bita ku bantu bafite ubumuga bwo kutumva no kutavuga n’abumva bigoranye bakabasha kubona ibintu abandi bantu babona.” Yongeyeho ati: “Abafite ubumuga bwo kutumva no kutavuga bakwiye kubona Bibiliya mu rurimo rwabo. Niyo mpamvu dushimira cyane Abahamya ba Yehova kubera ko bashoboye kugeza ku bafite ubumuga bwo kutumva no kutavuga ibi bitabo biri mu rurimi rubagera ku mutima. Si twe tuzarota tugize Bibiliya yuzuye mu rurimi rw’amarenga.” Ugereranyije abantu 450 000 bo muri Afurika y’Epfo ni bo bakoresha ururimi rw’amarenga yo muri Afurika y’Epfo. Muri icyo gihugu hari ababwiriza bafite ubumuga bwo kutumva no kutavuga n’abumva bigoranye. Kubera umurimo Abahamya bakorana umwete, “abantu b’ingeri zose” bagira ubumenyi nyakuri ku byerekeye ukuri, hakubiyemo n’abafite ubumuga bwo kutumva no kutavuga bari mu ifasi y’ibiro by’ishami byo muri Afurika y’Epfo.—1 Timoteyo 2:4. | 304 | 842 |
n’inzindi. Icyo zose zahuriyeho ni uko ab’i Musanze bazizi kurusha uwaziririmbye. Kevin Kade na Chriss Eazy, bashimangiye igikundiro N’ubwo amasaha yo gusoza igitaramo yari yageze, inzego z’umutekano zemeye kongeza iminota 15 abateguye igitaramo kugira ngo Abanya-Musanze badataha batabonye Kevin Kade na Chriss Eazy. Fatakumavuta wari uyoboye igitaramo ntabwo yabatindiye, yahise ahamagara Kevin Kade, wari utegerejwe na benshi i Musanze. Uyu muhnzi wari ukoze igitaramo kinini cya mbere muri uyu mwaka yabyaje umusaruro umwanya muto yari afite kuko yahise yinjirira ku ndirimbo yise ‘Umuana, akurikizaho Pyramid, yahuriyemo na Drama T ndetse na Kivumbi King. Ni umuhanzi waririmbaga anabyina, akananyuzamo akaririmbana n’ab’i Musanze mu buryo bw’amajwi y’umwimerere. Yageze ku ndirimbo ye nshya yise ‘Munda’, abantu bamufasha kuyiririmba, ndetse akayiririmba mu buryo bw’amajwi y’umwimerere nta byuma birimo kuvuga. Kevin Kade werekanye ko agezweho by’umwihariko iyi ndirimbo ye ‘Munda’, yamaze kuyiririmba abafana basubiramo izina rye bati ‘Kade, Kade, Kade, Kade, nawe ati ‘murakoze’. Uyu musore ntabwo yamaze umwanya munini ku rubyiniro ariko uwo yahawe wose yawukoresheje neza haba mu kuririmba indirimbo ze zikunzwe, kubyina no kuganira n’abafaba afatanya nabo kuririmba. Yakorewe na Chriss Eazy nawe utatinze ku rubyiniro ariko watanze ibyishimo byuzuye mu ndirimbo ze zigezweho muri iki gihe ndetse n’izakunzwe mu minsi yashize. Chriss Eazy yahereye ku ndirimbo yise ‘Sorry, aririmba igitero kimwe cyayo ikindi abafatanya n’abafana kuyiririmba. Yakurikijeho indirimbo zirimo Edeni ndetse na Inana, aho zose bafatanyaga nawe kuziririmba batitaye ku kuba amasaha yari yatangiye gukura ndetse bamwe bananiwe. Induru bayihaye umunwa, bakoma amashyi y’urufaya, abasimbuka bagera mu bicu, ivumbi muri Stade Ubworoherane riratumuka ubwo Chriss Eazy yari ageze ku ndirimbo ‘Bana’. Iyi ndirimbo ya Chriss Eazy na Shady ikunzwe cyane muri iyi minsi haba kuri za radio na televiziyo, imbuga nkoranyambaga, mu tubari ndetse n’abataha ubukwe ntibwataha batabyinnye ‘Bana’. Chriss Eazy yayiririmbye, abantu bamufasha kuyiririmba no kuyibyina, ndetse bose basoza bagira bati ‘ndabana nawe bana, bana bana,...’. Ubwo umuhanzi Chriss Eazy yari amaze kuririmba, hari hashize iminota igera kuri 20, abashinzwe umutekano baje kwereka abateguye igitaramo ko amasaha bahawe yageze ndetse yarenze kubera ko bari bahawe uruhushya rugeza Saa Yine z’ijoro. Habayeho ibiganiro bemeranya ko haririmba Kevin Kade na Chriss Eazy , inzego z’umutekano zirabyemera, bahabwa iminota 15. Ubwo abo bahanzi bari bamaze kuririmba, Fatakumavuta wari uyoboye igitaramo yavuze ko iminota bahawe n’inzego z’umutekano yarangiye kandi hari hasigaye umuhanzi umwe, Davis D. Abafana bahise bavugira rimwe ko bashaka ko aza akabaririmbira kugeza ubwo amajwi yabo yaganje, indangururamajwi zababwiraga ko amasaha yarenze. Byabaye ngombwa ko abaturage bakomeza kunangira, Fatakumavuta afata icyemezo cyo guhamagara Davis D, abanza kwanga kuza ku rubyiniro ariko abonye abafana bakomeje kumuhamagara ahita azamuka ku rubyiniro. Davis D wakiranywe urugwiro yaririmbye indirimbo zirimo Micro, Ifarasi, Biryogo,Eva, Dede na Bermuda ari nayo yavugirijeho umurishyo wa nyuma muri iki gitaramo ku Isaha ya Saa | 453 | 1,257 |
Nyagatare: Gutora Frank Habineza ni cyizere cya rubanda-Ntezimana. Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije, Democratic Green Party, ritegerejwe mu Murenge wa Mimuli, Akarere ka Nyagatare, aho rigiye gukomereza ibikorwa byo kwamamaza Umukandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika, Frank Habineza ndetse n’Abakandida Depite. Muri ayo masaha, abashinzwe ibikorwa byo kwiyamamaza muri iryo Shyaka, bakomeje imirimo yo gutegura site, bubaka amahema abayobozi bicaramo, batunganya neza imizindaro, bamanika ibirango byaryo n’ibindi byifashishwa mu kwiyamamaza. Ubwo Umukandida wa ”Democratic Green Party” yageraga i Mimuli mu Karere ka Nyagatare, yakiranywe urugwiro. Abayobozi mu nzego z’ibanze bahaye ikaze Frank Habineza n’abayoboke b’Ishyaka ”Democratic Green Party” abereye Umuyobozi, akaba n’Umukandida waryo ku mwanya wa Perezida wa Repubulika mu matora ateganyijwe ku wa 15 Nyakanga 2024. Ntezimana Jean Claude ushinzwe ibikorwa byo kwiyamamaza muri iryo Shyaka, yavuze ko gutora Frank Habineza atari ukwibeshya, kuko bajya kumuhitamo nk’Ishyaka, batigeze bibeshya. Ati “Frank Habineza, kumutora ni gisubizo cy’Abanyarwanda akaba n’icyizere cya rubanda.” Ntezimana yavuze ko Frank Habineza ari umugabo ufite ibitekerezo bikomeye cyane, kandi yatekereje gushinga Ishyaka akaba yarabigezeho. Ikindi kandi ngo ni umugabo umenya gutega amatwi, agafata umwanzuro ukwiye. Ati “Afite ibisubizo by’Abanyarwanda bose mu ngeri zinyuranye. Gutora Frank Habineza, ni ugutora imibereho myiza, umutekano n’amajyambere.” Ntezimana yahise aboneraho no kwerekana Abakandida-Depite b’Ishyaka Democratic Green Party, asaba ab’i Nyagatare kuzatora iryo Shyaka mu matora azaba ku wa 15 Nyakanga 2024. Umukandida Frank Habineza yabwiye abaturage ko yaje kubasura agamije kubaganiriza ku bijyanye n’ibyo bashobora gufatanyamo, kugira ngo Igihugu kirusheho kuba cyiza. Yavuze ko ubwo yari mu Nteko Ishinga Amategeko, Umutwe w’Abadepite, yagize uruhare mu kubakorera ubuvugizi, kugira ngo abana babo bajye bafatira ifunguro ku mashuri, kuko iyo umunyeshuri ashonje nta kintu na kimwe kijya mu mutwe. “Icyo mvuze ngihagararaho, naho imvura yagwa cyangwa se izuba ryava, ibitekerezo byanjye mbihagararaho, ibyo mbabwira mba nabirebye, nashishoje, nzi neza ko bizagirira Abanyarwanda bose akamaro” Umukandida Frank Habineza, abwira ab’i Nyagatare ku buvugizi yabakoreye ubwo yari mu Nteko, ku bijyanye n’umusoro w’ubutaka n’ibindi. | 321 | 933 |
Rusesabagina yongeye kwigamba avuga ko ntambabazi yasabye u Rwanda. Paul Rusesabagina wafungiwe ibyaha by’iterabwoba mu Rwanda, yanyuranyine n’imbabazi yasabye, avuga ko yarekuwe kubera igitutu, bihabanye n’ibyo yanditse mu ibaruwa asaba imbabazi.Rusesabagina washinze umutwe w’iterabwoba wa MRCD/FLN yarekuwe ku mbabazi za Perezida muri Werurwe uyu mwaka, nyuma y’imyaka isaga ibiri afungiye mu Rwanda ku byaha by’iterabwoba byahitanye ubuzima bw’abaturage.Yari yarakatiwe gufungwa imyaka 25 ariko aza gufungurwa nyuma yo gutakambira umukuru w’igihugu, avuga kubera (...)Paul Rusesabagina wafungiwe ibyaha by’iterabwoba mu Rwanda, yanyuranyine n’imbabazi yasabye, avuga ko yarekuwe kubera igitutu, bihabanye n’ibyo yanditse mu ibaruwa asaba imbabazi.Rusesabagina washinze umutwe w’iterabwoba wa MRCD/FLN yarekuwe ku mbabazi za Perezida muri Werurwe uyu mwaka, nyuma y’imyaka isaga ibiri afungiye mu Rwanda ku byaha by’iterabwoba byahitanye ubuzima bw’abaturage.Yari yarakatiwe gufungwa imyaka 25 ariko aza gufungurwa nyuma yo gutakambira umukuru w’igihugu, avuga kubera ‘izabukuru n’uburwayi budakira’ asaba gufungurwa kandi ko ntaho azongera guhurira n’ibikorwa bya politiki.Muri iyo baruwa Rusesabagina yavuze ko yicuza ko atakoze ‘ibishoboka byose ngo abanyamuryango bose b’Ihuriro MRCD bagendere ku mahame yo kudakoresha ubugizi bwa nabi.’Ati “Ndamutse mpawe imbabazi nkarekurwa, ndahamya ko nzamara igihe nsigaje cy’ubuzima bwanjye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ntuje. Ndabizeza binyuze muri iyi baruwa ko nta zindi nyungu ntegereje zaba bwite cyangwa iza politiki. Ibibazo bijyanye na politiki y’u Rwanda nzabisiga inyuma yanjye”.Nyuma y’amezi atagera kuri atatu arekuwe, Rusesabagina yanyuranyije n’ibaruwa yanditse asaba imbabazi, mu ijambo yagejeje ku bitabiriye inama izwi nka Oslo Freedom Forum.Muri iyi nama yiga ku burenganzira bwa muntu, Rusesabagina yahawe ijambo mu majwi yafashwe mbere yayo , bigizwemo uruhare n’umukobwa wa Rusesabagina, Carine Kanimba.Yumvikanishije ko gufungurwa kwe kwaturutse ku bagize Umuryango Human Rights Foundation utegura iyo nama, aho kuba imbabazi yasabye nk’uko yabyanditse ajya gufungurwa.Ati “Uyu munsi ndi umuntu widegembya kubera amajwi yanyu n’abandi nkamwe. Ni ibyishimo n’icyubahiro kuba ndi kuvugana namwe […] Mwese mwishyize hamwe, muharanira ko mfungurwa.”Kuri Rusesabagina, gufungurwa kwe yabyise intsinzi. Ati “Irekurwa ryanjye ryerekanye ko iyo uhagurutse ukarwanira icyo wemera, mugashyira hamwe murangajwe imbere n’amahame y’uburenganzira bwa muntu na demokarasi, mugera ku ntsinzi.”Ibi bivugwa na Rusesabagina bisa nko gukina ku mubyimba imiryango y’abahitanywe n’ibitero bya MRCD/FLN yashinze no kumvikanisha ko azakomeza inzira yari yaratangiye mbere yo gufungwa.Ubwo Rusesabagina yari amaze kurekurwa kubera imbabazi, Guverinoma y’u Rwanda yavuze ko guhabwa imbabazi kwe Rusesabagina bidakuraho igihano yahamijwe ndetse ko gishobora gusubizwaho mu gihe yaba asubiriye ibyaha yakoze.Iyi niyo baruwa Rusesabagina yanditse asaba imbabazi,Yanditswe mu Cyongereza, hano yashyizwe mu KinyarwandaNyakubahwa,Mbandikiye mbasaba imbabazi nciye bugufi, kugira ngo mbashe gusanga umuryango wanjye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Hari impamvu nyinshi nshingiraho ubu busabe, ariko ikomeye kuruta izindi ni imyaka yanjye igeze mu zabukuru n’uburwayi budakira butandukanye, nzabana nabwo mu buzima bwose nsigaje.Ndifuza kubagaragariza ukwicuza mfite ku ruhare ibikorwa byanjye muri MRCD byaba byaragize mu bugizi bwa nabi bwakozwe na FLN. Mbere na mbere, ntabwo nshyigikira ubugizi bwa nabi. Ubugizi bwa nabi nta na rimwe bwemewe, haba no mu kubukoresha ngo ugere ku ntego za politiki.Kwifashisha ubugizi bwa nabi nk’igikoresho cya politiki ni bibi cyane, bikarushaho iyo bugiriwe abasivili.Ndamagana ubugizi bwa nabi bwakorewe abasivile, bwaba ubwakozwe na FLN cyangwa indi mitwe, kandi nzakomeza kubikora. Gutakaza ubuzima n’iyo bwaba ubw’umuturage umwe, birababaza.Nk’uwahoze ari Umuyobozi wa MRCD, ndicuza ko ntakoze ibishoboka byose ngo abanyamuryango bose b’Ihuriro MRCD bagendere ku mahame yo kudakoresha ubugizi bwa nabi nemera kandi ngenderaho. Nifatanyije n’abafite akababaro batewe n’ibikorwa bya FLN, ababiguyemo n’imiryango yabo.Ndamutse mpawe imbabazi nkarekurwa, ndahamya ko nzamara igihe nsigaje cy’ubuzima bwanjye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ntuje. Ndabizeza binyuze muri iyi baruwa ko nta zindi nyungu ntegereje zaba bwite cyangwa iza politiki. Ibibazo bijyanye na politiki y’u Rwanda nzabisiga inyuma yanjye.Nkomeje, ndabizi ko muzita ku guharanira ahazaza hatekanye h’Abanyarwanda bose. Ndizera ko Abanyarwanda bose bashobora kubona uburyo buciye mu mahoro bwo kurenga ibyo batabona kimwe, bugahuriza hamwe abanyarwanda binyuze mu biganiro.Nizeye kandi ko irekurwa ryanjye ryaba ikimenyeso gito cyo gukomeza uru rugendo. Bityo, Nyakubahwa, ndabasaba imbabazi ku mpamvu z’uburwayi, kugira ngo mbashe kuva hano, nsange umuryango wanjye mbashe kurangiza iminsi yanjye nk’umugabo, umubyeyi na sekuru w’abana, mu gihe mukomeje kubaka ahazaza heza h’abaturage b’u Rwanda.Paul Rusesabagina | 664 | 1,980 |
Police FC mu nzira zo gusimbuza abakinnyi yirukanye. Umutoza Mukuru wa Police FC, Seninga Innocent, yatangaje ko nyuma yo gusezerera abakinnyi 3 barimo 2 bakinaga mu bwugarizi, uku kwezi kwa mbere gusiga yamaze kubasimbuza.Kuwa 12 Ukuboza uyu mwaka nibwo Police FC yatangaje ko yirukanye abakinnyi 3 barimo: abakinnyi babiri bakina inyuma aribo Hertier Turatsinze na Gabriel Mugabo hamwe na Muganza Isaac usatira izamu, ibaziza imyitwarire itari myiza.Aba bakinnyi uko ari batatu, ikipe ya Police FC yabasezereye nyuma yo kumara ukwezi (...)Umutoza Mukuru wa Police FC, Seninga Innocent, yatangaje ko nyuma yo gusezerera abakinnyi 3 barimo 2 bakinaga mu bwugarizi, uku kwezi kwa mbere gusiga yamaze kubasimbuza. | 105 | 267 |
Rebecca (2016 film). Rebecca ni filime yo muri Gana-Nijeriya 2016 iyobowe na Shirley Frimpong-Manso, ikinwamo na Yvonne Okoro na Joseph Benjamin . Nk’uko Manso abitangaza ngo iyi filime yasohotse bwa mbere i Londres, mbere ya Gana kubera ubukungu bw'igihugu bigatuma igabanuka ry'abakunzi ba filime. Iyi filime ni filime ya kabiri yakinnye igaragaramo umukinnyi wa filime ukomoka muri Nijeriya Yvonne Okoro.
Umugambi.
Filime itangirana na Clifford ( Joseph Benjamin ) na Rebecca ( Yvonne Okoro ) bazimiye mu ishyamba nyuma yuko imodoka yabo isabye gusanwa. Byagaragaye ko Rebecca yasezeranijwe na Clifford kuva mu bwana bwabo ko bazabana. Mu gihe Rebecca yacecetse mu rugendo rwose kandi asa nkaho atababajwe n'amagambo yavuzwe n'umugabo we mushya, Clifford agaragaza ko adashaka gushyingiranwa nawe neza kuko yashakaga gusohoza icyifuzo cye cyo gupfa kwa se. Clifford yarumwe nikiremwa cyomwishyamba kandi ibi biganisha kubiganiro byambere hagati yabo. Rebecca amufasha gukira igikomere cye. Aramuhishurira kandi ko mbere yakundaga kandi akagaragaza ko atamwitayeho kubera ko atamwubaha kandi ko amukunda. Nyuma y'ibiganiro birebire hagati yabo, batangiye gukundana. Rebecca ashimuswe nabagabo babiri, nyuma byaje kugaragara ko byateguwe nuwahoze ari umukunzi we. Rebecca asubira kwa Clifford maze asobanura imigambi ye yose yo guhimbira urupfu rwe no guhagarika umushoferi we kumukurikira amuroga. Nyuma yo kumva no kubona ukuri kwinginga kwe, Clifford aramwakira mugihe bombi bategereje itsinda ryabatabazi. | 212 | 550 |
Interahamwe n’abasirikare bishe amagana y’Abatutsi bari bahungiye i Kabgayi. Umunsi nk’uyu tariki 16 Gicurasi 1994, Ingabo za RPF Inkotanyi zakomeje urugamba ariko zigenda zifata uduce dukomeye tw’igihugu zinarokora abantu naho i Kabgayi hicirwa Abatutsi benshi.
Kuri iyo tariki ni bwo Inkotanyi zafunze umuhanda Kigali-Gitarama. Ku rundi ruhande zinafata agace ka Bugesera zirokora abantu bagera ku bihumbi bibiri.
Muri Perefegitura ya Gitarama, Interahamwe n’abasirikare bishe abantu babarirwa mu magana bari bahungiye kuri Kiliziya i Kabgayi.
Icyo gihe kandi, Perezida Sindikubwabo Théodore yavuze ko muri Perefegitura ya Kibuye hagomba gukazwa umutekano ku buryo bw’intangarugero, ashaka kuvuga ko Jenoside igomba gukaza umurego.
Iyahoze ari Komisiyo y’Igihugu ishinzwe kurwanya Jnenoside yigeze gutangaza ko nanone kuri uyu munsi ari bwo Alain Juppé wari Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Bufaransa yavuze ko ibyaberaga mu Rwanda ari Jenoside. | 126 | 373 |
Ikigo gishinzwe gukoresha ikirere n'ubushakashatsi muri kaminuza ya kolumbiya. Ikigo cya Koperative ishinzwe gukoresha ikirere n’ubushakashatsi ( CICAR ) cyari ubufatanye bukomeye hagati y’ikigo cy’igihugu gishinzwe inyanja n’ikirere (NOAA) Ibiro by’ubushakashatsi bw’inyanja n’ikirere (OAR) n’ikigo cy’isi, kaminuza ya Kolumbiya.
Insanganyamatsiko yubushakashatsi bwa CICAR yari:
CICAR yasinye amasezerano y’imyaka 10 y’ubufatanye ku ya 30 Kamena 2014. | 54 | 195 |
U Rwanda rugiye gutangiza ishuri ryigisha gutwara indege nini. Byatangajwe ubwo abapilote 11 bari bamaze umwaka umwe n’amezi atanu bitoza gutwara indege za kajugujugu bahabwaga impamyabumenyi kuri uyu wa kane tariki ya 21 Ukuboza 2017. Umunyamabanga wa Leta muri Ministeri y’Ibikorwaremezo (MININFRA) ushinzwe gutwara abantu n’ibintu, Jean de Dieu Uwihanganye yavuze uko iryo shuri rizatangira mu ntangiroro za 2018. Agira ati “Hagati y’ukwezi kwa kabiri n’ukwa gatatu ishuri rizaba ryatangiye, tuzahera ku gutoza abapilote gusa ariko uko imyaka igenda ishira tuzigisha n’abakanishi b’indege ndetse n’abazikoreramo." Akomeza avuga ko ikompanyi nyarwanda y’indege (RwandAir) ifite abapilote 150 barimo Abanyarwanda 25 gusa, ariko nabo ngo barimo babiri gusa bo ku rwego ruhanitse (Captain) abandi bakaba ari ababungirije. Ati "Uwo mubare ni muto cyane kuko turashaka ko abanyamahanga basimbuzwa Abanyarwanda. Dufite gahunda yo gutoza abapilote 200 mu myaka itanu iri imbere.” Akomeza avuga ko u Rwanda rufite indege nini 12 zijya mu bice birenga 25 byo ku isi ariko ngo harifuza ko imyaka itanu izashira u Rwanda rufite umubare uhagije w’indege nini n’into zibasha kuzenguruka mu gihugu imbere no mu bice birenga 40 byo hirya no hino ku isi. Abo bapilote bize gutwara indege nto za kajugujugu, bigishijwe n’ikompanyi y’indege yitwa "Akagera Aviation Authority". Alexandre Rurangwa, umwe muri bo ahamya ko mu gihe cy’umwaka n’amezi atanu bamaze biga gutwara kajugujugu gihagije. Agira ati "Turabizi neza gutwara; gutangira kwiga bigusaba gusa kuba warize amashuri yisumbuye mu bijyanye n’imibare, ubugenge n’ubumenyi bw’isi. Nta mbaraga bigusaba ahubwo kuba ubikunda nicyo gituma utsinda neza.” Ubuyobozi bwa “Akagera Aviation Authority”, buvuga ko kwiyandikisha kw’abanyeshuri bifuza gutangirana n’ishuri byarangiye ariko ngo buri mwaka bazajya batanga amatangazo ararikira abantu kwiga gutwara indege. Umuyobozi w’Ibikorwa n’Amasomo muri icyo kigo, Joseph Ndayishimiye avuga ko n’ubwo kajugujugu zitandukanye n’indege z’amababa atazenguruka amasomo yo kuzitwara hafi ya yose ngo ni amwe. Ndayishimiye yasobanuye ko amasomo abarangije bakurikiranye ariyo akomeye cyane ndetse ko ari yo amara igihe kinini. Icyakora ngo haracyari urugendo kugira ngo bagere ku rwego rwa “Captain” wo gutwara indege zijya kure. Agira ati “Ibisigaye bisaba umuntu kwitoza mu gihe cy’amasaha ari hagati ya 200 na 500, na none bigaterwa n’igihugu wigiyemo ndetse n’ubwinshi bw’abapilote bafite.” Akomeza asobanura ko bidasaba kuba umuhanga mu mibare gusa, ahubwo ko binasaba kuba umuntu atekereza mu buryo bwihuse icyo yakora mu gihe indege yaba ihuye n’ikibazo, ndetse n’ingingo ze zikaba zibasha gukora neza kuri buri cyangombwa gikenewe. Umunyamakuru @SimonKamuzinzi | 391 | 1,076 |
Abasirikare baregwa gufata abagore ku ngufu, bamwe bafunzwe iminsi 30 y’agateganyo abandi bararekurwa. Bose uko ari batanu bahanaguweho ibyaha byo guta izamu no kwinjira mu nzu z’abaturage nta burenganzira, nyuma yo kubura ibimenyetso bifatika byatuma bakomeza kubikurikiranwaho. Aba basirikare b’ipeti rya Private(Pte) bari bahawe igifungo cy’agateganyo cy’iminsi 30 ku itariki 13 Gicurasi 2020, bahita bajurira. Amazina yabo ni Pte Ndayishimiye Patrick, Pte Nishimwe Fidele, Pte Gatete François, Pte Gahirwa John na Pte Twagirimana Theoneste, ndetse n’umusivili witwa Ntakaziraho Donat wari umunyerondo, ariko ntabwo we yigeze ajurira. Nyuma yo kumva kwiregura kw’abo basirikare bose(hari ku wa Gatanu tariki 22 Gicurasi 2020), Urukiko rwategetse ko Pte Patrick Ndayishimiye hamwe na Pte Nishimwe Fidèle bafungwa by’agateganyo, ku bw’impamvu ruvuga ko zikomeye zituma ibyaha bibahama. Urukiko rusanga Pte John Gahirwa, Pte François Gatete na Pte Theoneste Twagirimana nta mpamvu ifatika yatuma bakomeza gukurikiranwaho guhishira ibyaha bya Pte Ndayishimiye Patrick na Pte Nishimwe Fidèle. Pte Ndayishimiye Patrick yari yireguye avuga ko uwamureze ko yamusambanyije ku gahato ngo bari basanzwe baziranye, ndetse ko baryamanye mbere yaho mu kwezi kwa mbere kwa 2020. Yavuze ko umugore umushinja kumufata ku ngufu muri Werurwe 2020 ari ibinyoma yahimbye agamije kumwihimuraho, kuko ngo Pte Ndayishimiye yari yaramwanze ashingiye ku myitwarire mibi yamubonyeho. Pte Ndayishimiye yavuze ko iyo aza gusambanya uwo muntu ku gahato ngo atari kubura gutabaza, kandi ko imyenda bivugwa ko yari yambaye itandukanye n’iyo abasirikare bambara boherejwe gucunga umutekano mu baturage. Pte Ndayishimiye yakomeje yiregura avuga ko uwamureze yavuze ko yasambanyijwe na Ndayishimiye Patrick ufite inyinya, w’igikara kandi mugufi biringaniye, nyamara Urukiko rukaba rwasanze uregwa nta nyinya afite kandi atari igikara. Urukiko ariko rwasanze uwo bari kumwe Pte Nishimwe Fidèle ari we ufite inyinya kandi na we aregwa gukoresha umuntu imibonano mpuzabitsina ku gahato, n’ubwo yireguye avuga ko itariki bivugwa ko yakoze icyo cyaha ngo atari yagiye mu kazi, yewe ngo nta n’imibonano mpuzabitsina yakoze. Ku cyaha cyo gukubita no gukomeretsa Pte Ndayishimiye Patrick avuga ko aregwa n’uwitwa Shema, ngo ntacyo yakoze ahubwo uwo Shema yakubiswe n’abandi bantu. Shema avuga ko yakubiswe na Pte Ndayishimiye Patrick ku itariki ya 24 Werurwe 2020, mu gihe umutangabuhamya we avuga ko yakubiswe tariki ya 12 Werurwe 2020. Pte Ndayishimiye avuga ko igihe kivugwa ko yakubise Shema ngo atari yagiye mu kazi, ndetse ko muri raporo y’umutekano ikorwa buri munsi, nta na hamwe higeze havugwa ko hari abasirikare bamereye nabi abaturage. Ubushinjacyaha buvuga ko abatanze ikirego bashinja Pte Ndayishimiye Patrick kubakubita buri gihe uko aje ku kazi mu mudugudu wa Kangondo II muri Nyarutarama. Pte Ndayishimiye Patrick yari yireguye ku cyaha cy’ubujura avuga ko abamurega ntabo azi kandi ibyo ntabyabaye, mu gihe ubushinjacyaha bwo buvuga ko yabyemeye mu gihe hakorwaga inyandikomvugo. Umwunganizi mu mategeko w’aba basirikare, Me Moses Sebudandi yari yabwiye urukiko ko ubushinjacyaha nta bimenyetso bihagije bufite, kuko ngo ibyo buvuga byose bishingiye ku magambo adafite ibindi biyashyigikira. Umunyamakuru @SimonKamuzinzi | 469 | 1,301 |
bavuze ko "buri segonda" umunyafurika yazanaga ibidomo kwisura biturutse k' ubushita. Iki gihe cyahuriranye n’amapfa. Mu 1897 na 1898 imvura yarabuze burundu. Umushakashatsi wo muri Ositarariya Oscar Baumann ubutaka bw' abamasayi hagati y' 1891 ni 1893, maze asobanura ugutura kw' abamasayi mu gace ka Ngorongoro mu gitabo cyo 1894 cyitwa "Durch Massailand zur Nilquelle" ("through the lands of massai to the source of Nile"): " Hari abagore bashizemo ari amagufwa yanamye gusa mumaso yabo yuzuye inzara igaragara ... abarwanyi no gukururuka ntibabishoboraga, hamwe nabasaza bintejye nke batagifite na kimwe bitayeho. Ibisiga byinshi byabakurikiranye kuva hejuru, bategereje abahohotewe. " Ugereranyije, bibiri bya gatatu by' abamasayi bapfuye muri iki gihe. Guhera ku masezerano yo mu 1904, akurikirwa n'andi yo mu 1911, ubutaka bwa abamasayi muri Kenya bwagabanutseho 60% igihe Abongereza babirukanaga kugira ngo babone aho bubakira abimukira, nyuma babashyira ahitwa samburu Samburu, Laikipia, Kajiado n' Uturere twa Narok. abamasayi muri Tanganyika (ubu ni Tanzaniya) bimuwe mu butaka burumbuka hagati y'umusozi wa Meru n'umusozi wa Kilimanjaro, ndetse n'imisozi miremire irumbuka hafi ya Ngorongoro mu myaka y' 1940. bambuwe ubutaka bwinshi bujyirwa ibyanya byo kubungabunga ibinyabuzima na parike z’igihugu: Parike y’igihugu ya Amboseli, Parike ya Nairobi, Maasai Mara, Ikigo cy’igihugu cya Samburu, Pariki y’ikiyaga cya Nakuru na Tsavo muri Kenya; n'ikiyaga cya Manyara, Agace ko kubungabunga ibinyabuzima ka Ngorongoro, Tarangire na Parike y'igihugu ya Serengeti ahahoze ari Tanzaniya. abamasayi ni aborozi kandi banze icyifuzo cya guverinoma ya Tanzaniya na Kenya cyo kubahindurira ubuzima. Basabye uburenganzira bwo kuragirira muri parike nyinshi z’igihugu mu bihugu byombi. Abamasayi barwanyije ubucakara kandi babana ninyamaswa nyinshi zo mu gasozi ntabwo bahiga cyangwa ngo barye inyoni. Ubutaka bw' abamasayi ubu bufite uduce twiza two guhingiramo muri Afrika yuburasirazuba. Umuryango w' abamasayii ntiwigeze wihanganira igurishwa ry' abantu, kandi abantu bashakaga abacakara birinze abamasayi. Mubyukuri hari imirenge makumyabiri n' ibiri cyangwa amoko mato yumuryango w' abamasayi, buri umwe ufite imigenzo, isura, ubuyobozi n'imvugo yawo. Iyi mitwe izwi ku izina ry' 'ishyanga' cyangwa 'iloshon' mu rurimi rwa Maa: aba Keekonyokie, Damat, Purko, Wuasinkishu, Siria, Laitayiok, Loitai, Kisonko, Matapato, Dalalekutuk, Loodokolani, Kaputiei, Moitanik, Ilkirasha, Samburu Laikipia, Loitokitoki, Larusa, Salei, Sirinket na Parakuyo. jenetike. Iterambere ryagezweho mu isesengura rishingiye kuri jenetike ryafashije mu kumenya iremwa ry'amok yabamasayi. jenetike ishingiye ku bisekuruza , igikoresho gikoresha gene z'abaturage b' ubu kugirango bakurikirane ubwoko bwabo n’ igice cy' Isi bakomokamo, byafashije kandi gusobanura ahahise h' abamasayi bubu. ADN ya Autosomal. ADN ya autosomal y' abamasayi yasuzumwe mubushakashatsi bwuzuye bwakozwe na Tishkoff n'abandi. (2009) mu kujyereranya jenetike y' abaturage batandukanye bo muri Afurika. Nk’uko abanditsi b’ubwo bushakashatsi babitangaza ngo abamasyi "bagumyek' umuco wabo imbere y’iterambere ryinshi ry imiterere y ibinyabuzima". Tishkoff n'abandi beerekanye kandi ko: "Benshi mu baturage bavuga ururimi rwa Nilo-Sahara muri Afurika y'Iburasirazuba, nk' abamasayi, berekana imirimo myinshi iva muri Nilo-Sahara [...] na Cushitike [. . . ] AACs, hajyendewe ku bimenyetso by' indimi kenshi abaNilotic b' injije Abanyakushi kuva mu myaka 3000 ishize kandi ku kigero cyo hejuru bahuje imihindagurikire y' umubiri yabanyafurica y' iburasirazuba yo kwihanganira ikinyabutabire cyo mu mata cyitwa lactose. " Y-DNA. Ubushakashatsi kuri Y chromosome bw' akozwe na Wood et al. (2005).ku baturage batandukanye bo munsi y' ubutayu bwa sahara,harimo abamasayi 26 b' abagabo bo muri kenya bapima amasano y' ibisekuruza by' ababyeyi babagabo. Abanditsi barebeye hamwe haplogroup (amatsinda y' abantu bahuje igisekuruza) E1b1b -M35 (ntabwo M78) muri 35% y' abamasayi bapimwe. E1b1b-M35-M78 muri 15%, abakurambere babo | 560 | 1,600 |
Depite Kinyamatama yikomye mugenzi we wamwise indaya. Depite Kinyamatama wo mu nteko inshingamategeko ya Uganda yasabiye mugenzi we witwa Zaake kwirukanwa nyuma y’uko amwise indaya ubwo yasuraga akarere ka Rakai ku munsi w’ubwigenge Ku wa kabiri, tariki ya 13 Gashyantare 2024 nibwo Hon. Juliet Kinyamatama yasabiye uyu mudepite mugenzi we kwirukanwa mu gihe cy’imyaka ibiri n’igice kandi ko uretse kwirukanwa gusa yanasuzumwa ko adafite uburwayi bwo mu mutwe Mityana, Francis Zaake. Ati: “Amasengesho yanjye ni uko Hon. Zaake agomba gukorerwa isuzuma ry’uburwayi bwo mu mutwe mu kigo icyo aricyo cyose kugira ngo harebwe niba nta kindi kibazo cy’imitekerereze afite.Avuga ko bijyanye n’imyitwarire ye mu nteko no hanze yayo bishoboka ko afite ikibazo. Zaake si ubwa mbere yaba ahagaritwe ku murimo ye kuko yari yarigeze guhagarikwa ku mirimo ye mu Nteko mu mwaka wa 2022, azira gusuzugura Anita Annet ariko nyuma aza kugarurwa mu kazi. Visi Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko, Thomas Tayebwa yumvikanishije amajwi ya Zaake bivugwa ko yavugaga nabi Kinyamatama ko ari indaya kandi ko nta kindi ashoboye uretse gutanga amategeko no kuzana umuvumo mu nteko Ishingamategeko. Iyi videwo ntiyishimwe na gato n’abagize inteko inshingamategeko by’umwihariko abagore. | 187 | 482 |
Ngizi Impamvu zituma umusore mumaze gusambana atongera kuguha agaciro. Abagabo n’abasore abenshi wagira ngo inda ibabyara ni imwe, iyo mumaze gusambana mubyarana abo akigira nk’aho ntaho akuzi. Gusa hari indangagaciro n’imyitwarire nk’umukobwa ukwiye kugira, zituma umusore akomeza kukubaha.Ngibi ibintu bine, abasakashatsi bagaragaje ko bituma umusore atongera kugukenera hafi ye iyo arangije urubanza rwe.1.KwisuzuguzaUmukobwa wese muri we wumva ko ari umuntu ufite agaciro, ugomba kubahwa ntabwo ajya apfa kugwa mu mutego wo kumurarana ijoro rimwe ngo umucire nka shikarete ishizemo umutobe.Umukobwa ntabwo aba akwiye kwemera kuba igikoresho cy’umusore cyangwa umugabo ngo amuyobore nk’uyobora itungo ritazi ubwenge.Ahubwo agomba kwihagararaho kuburyo adakoreshwa ibitamurimo, ahubwo akajya inama n’umusore bagafatira hamwe umwanzuro kandi akirinda umwanzuro wazatuma yicuza.2. Ntabwo mugira umwanya wo kumenyanaNk’umukobwa iyo wiyemeje kujya mu rukundo ugomba kugira intego.Ugomba kugira umurongo ngenderwaho ugatumbira intego yawe, fiyansaye cyangwa ubukwe, ukirinda ikintu cyose kiri hanze y’inzira wahisemo.Umukobwa wese akwiye kwirinda guta igihe kuko ‘ubuto burashukana’.Umwari akwiye gushaka amakuru ahagije ku musore umusabye ko bakundana, akamenya umuryango w’uwo musore, kuko ashobora kumubeshya ko ari umusore nyamara ari umugabo ufite undi mugore.Inzobere mu by’imibanire zivuga ko urukundo rufite intego rumara imyaka hagati ya 3 na 5.3. Ntabwo uri umukobwa ashakaNta kinegu kirimo, mbere yo gutangira gukundana n’umusore ukwiye kumubaza umukobwa ashaka uwo ariwe ukumva niba muzahuza.Ugendeye ku gisubizo aguhaye ushobora kumenya niba muberanye cyangwa niba bitazakunda ukabivamo hakiri kare.Iyo utabigenzuye ngo ubihagarike kare, ushiduka igihe cyarakurenganye ukabihagarika urira, ubabaye kandi wakabaye warabivuyemo kare ukagenda utekanye.4. Aba yageze ku ntego yeAbasore bamwe bashukwa n’ikigare barimo, bagahigira kuzasambanya umukobwa runaka, bene uwo musore iyo amaze kugutesha agaciro ntabwo yongera kukwikoza.Bisaba umukobwa gushishoza no kumenya neza niba umusore umusabye kumusura mu nzu ye adakoreshwa n’ikigare cy’abasore cyangwa abagabo bagenzi be. | 279 | 868 |
giturage ntawe uvuga iby’amoko abantu barafashanya (Kagenda, Huye, Werurwe 2019). Zimwe mu mbogamizi z’ubumwe n’ubwiyunge ni izikurikira: Icya mbere ni ikibazo kijyanye n’imibiri itaraboneka ngo ishyingurwe mu cyubahiro. Hari abarokotse Jenoside batarabasha gushyingura mu cyubahiro ababo bishwe muri Jenoside. Abagize uruhare muri Jenoside nta bwo baranga aho Abatutsi bishwe babashyize. Hari ikibazo cy’imitungo yangijwe muri Jenoside itarishyurwa. Icyo kibazo na cyo ni imbogamizi ku bumwe n’ubwiyunge. Umwe mu batangabuhamya agira ati: Imibanire imeze neza hano iwacu mu baturage. Gusa turacyafite ikibazo cy’uko abadusahuye ibyacu bakanatwangiriza kugeza na n’ubu ntawe uratekereza kuba yagira icyo abikoraho kugira ngo tubisubizwe cyangwa se wenda bakaba banabituganirizaho ngo tubone ko wenda nta wundi mutima mubi ugihari, muzadufashe (Nyiranzogeye Appollonie, Rusatira, Werurwe 2019). Ubuyobozi bw’Umurenge wa Rusatira buvuga ko imibanire ari myiza. Gusa ikibazo cy’imanza zitarangizwa z’imitungo yangijwe muri Jenoside ni cyo kigaragara nk’imbogamizi: «ikintu kibangamira abacitse ku icumu ni imanza zitararangira ngo abasahuye imitungo y’abacitse ku icumu bayishyure ; muri rusange abaturage babanye neza» (Ubuyobozi bw’Umurenge wa Rusatira, Werurwe 2019). Hari bamwe mu bagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi bireze bakemera ibyaha bakagabanyirizwa ibihano, ndetse bamwe bamaze gufungurwa, ariko imibanire yabo n’abo bahemukiye iracyarimo igitotsi kuko igihe cyose baba bafite ipfunwe ry’ibyo bakoze ku buryo batarisanzura ngo basabane n’abo bahemukiye (Umukozi w’Umurenge wa Kigoma, Werurwe 2019). Umutangabuhamya avuga ko usibye kuba hariho ubuyobozi bwiza bwifuza ko abantu bose babana mu mahoro, abagize uruhare muri Jenoside nta bushake bagira bwo gusaba imbabazi z’ibyo bakoze, gusa hari bake. Benshi banze no kugaragaza aho imibiri y’abishwe itaraboneka iherereye. Icyo akaba ari imbogamizi ku bumwe n’ubwiyunge (Mukahuye Consolate, Huye, Werurwe 2019). Umutangabuhamya wundi na we avuga ko imwe mu mbogamizi y’ubumwe n’ubwiyunge ari abagize uruhare muri Jenoside badasaba imbabazi nk’uko byakagombye gukorwa bityo ngo abarokotse Jenoside na bo bazibahe : Imbogamizi y’ubumwe n’ubwiyunge ni abagize uruhare muri Jenoside. Nta bwo higeze habaho umwanya urambuye wo kugira ngo bicarane n’abo bahemukiye, noneho kugira ngo bigaragare ko biyunze kuko n’imbabazi bagiye basaba bazisabye kugira ngo bivire mu buroko kuko usanga bavuga n’ejo hari igihe hagaragara akandi gakosa bakansubizamo. Icyabaho ni uko hakomeza kubaho gahunda z’ubumwe n’ubwiyunge kugira ngo bariya bantu biyunge neza n’abo bahemukiye ndetse abacitse ku icumu na bo baruhuke mu mitima yabo mbese biyakire (Karambizi Védaste, Karama, Werurwe 2019). Kugira ngo urwicyekwe rukigaragara hagati y’abagize uruhare muri Jenoside n’abarokotse Jenoside rukurweho, abatangabuhamya bifuje ko: Abayobozi bo mu nzego zose uhereye ku karere kugeza ku mudugudu ni uko mu nama bajya baganira ku kintu cy’ubumwe n’ubwiyunge. Ikindi ni ugushaka ukuntu bariya bantu bagize uruhare muri Jenoside bakaba barireze bakemera icyaha hashakwa ahantu bahurira n’abo bahemukiye, mbese bakajya bahuza ibiganiro bityo kwishishanya byagenda bigabanuka. Ikindi ni uko ubu mu Rwanda hari ahantu bamaze kwiyunga neza, rero numva hajya habaho nk’ingendoshuri kugira ngo n’abatarabasha kugera kuri urwo rwego bagire abo bareberaho babone ko bishoboka (Karambizi Védaste, Karama, Werurwe 2019). Ku bijyanye n’ingengabitekerezo ya Jenoside, abatangabuhamya bavuga ko igaragara mu gihe cyo kwibuka ikaba yigaragaza mu magambo asesereza abwirwa abarokotse Jenoside. Hari na tracts zakunze kugaragara mu myaka yashize harimo ingengabitekerezo ya Jenoside. Inyinshi muri izo tracts nta bwo hamenyekanye abazanditse. Umudugudu wa Karambo ni wo wakunze kugaragaramo ingengabitekerzo ya Jenoside mu bihe binyuranye (Rusagara Damien, Karama, Werurwe 2019). UMWANZURO RUSANGE Ubushakashatsi ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu Karere ka Huye bugizwe n’ibice bitatu by’ingenzi bivuga ko mpamvu zateye Jenoside, uko yateguwe n’uko yashyizwe mu bikorwa, ndetse n’ingaruka zayo. Inyandiko yose igizwe n’imitwe irindwi (7) yuzuzanya. Intangiriro rusange igizwe n’iriburiro, intego z’ubushakashatsi, uburyo bwakoreshejwe n’ubusobanuro kuri Jenoside. Icyo gice kigaragaramo amavu n’amavuko y’Umujyi wa Butare n’imiterere yawo muri Mata 1994 ndetse kikagaragaza imiterere y’Akarere ka | 596 | 1,753 |
Amajyaruguru: Abaheruka gusenyerwa n’ibiza bafite icyizere cyo kwiyubaka. Twagirayezu Felicien, ni umwe mu bahawe akazi ko gusibura imiferege, banakuraho ibitengu byaguye mu muhanda uturuka i Musanze ugana i Kigali mu gice kiri ahitwa Mukoto mu Karere ka Rulindo. Yagize ati “Ibiza byadusize ntaho turi, ku bw’amahirwe muri twe hari abahawe akazi twatangiye gukora. Dutangira saa moya za mugitondo tugasoza saa sita z’amanywa. Nandikirwa amafaranga 1500 ya buri mubyizi. Byatumye nongera kugira morale kuko nyuma yo kubura ibyanjye byose nibazaga igikurikiraho byanshobeye. Aka kazi kazamfasha mu bintu byinshi nko kubona icyo ngaburira abana, kandi sinzajya mburaho utwo nizigama”. Usibye abahawe akazi ko gusibura imiferege no gukura ibitengu mu mihanda yari yangijwe n’ibiza, hari n’abari gusana ibiraro, kubaka ibyumba by’amashuri, gusana inyubako zangiritse n’ibindi bikorwa bitandukanye byangijwe n’ibiza byibasiye iyi ntara. Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru Gatabazi JMV, avuga ko uretse kuba abagizweho ingaruka barahise bashyikirizwa ibiribwa n’ibikoresho bibafasha mu mibereho yabo; iyi ntara inateganya gufatanya na Minisiteri ishinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi, Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi, iy’Ibidukikije n’abandi bafatanyabikorwa mu mishinga irimo n’imishya izunganira abaturage, by’umwihariko abagizweho ingaruka n’ibiza. Yagize ati “Ikibazo duhanganye na cyo harimo kurinda imisozi harwanywa isuri bikorewe mu mpinga z’imisozi, aho tugomba kongera ubuso bw’amaterasi tugashyira n’imirwanyasuri mu mabanga y’imisozi; bizajya bidufasha kugabanya ubukana n’umuvuduko w’amazi ku buryo yajya agera mu mibande atagifite ingufu zo kugira ibyo yangiza. Birasaba kongera amashyamba n’ubwatsi burinda imyaka. Ibi bikorwa byose bikubiye mu mishinga twari twaranatangiye na mbere, ariko tunifuza ko dutangira n’indi mishya izibanda cyane ku bice byugarijwe n’ibiza, hagamijwe ko tugabanya ibyago byo gukomeza kwangirizwa na byo”. Ibiza biheruka guterwa n’imvura nyinshi yaguye muri uku kwezi, mu bantu 72 byahitanye, 49 ni abo mu Ntara y’Amajyaruguru. Byahasenye inzu 2,350 byangiza imyaka iri ku buso busaga hegitari 2,360, abatuye mu ingo zigera ku 1,900 bakurwa mu byabo; ubu bacumbikiwe mu baturanyi babo, abandi mu bigo by’amashuri ari na bo bahereweho batoranywamo abatishoboye kurusha abandi bahawe akazi k’imirimo y’amaboko bazajya bahemberwa buri minsi 15. Umunyamakuru | 319 | 953 |
Oscar Pistorius yarekuwe nyuma y’imyaka 11 yishe Reeva SteenKamp. Uwahoze akina imikino yabafite ubumuga Oscar Pistorius nyuma y’imyaka 11 arashe akanica Umukunzi we Reeva SteenKamp mu 2013 agiye gukomereza igifungo cye iwe aho biteganyijwe ko kizarangira 2029. Uyu Oscar Pistorius yarashe amasasu menshi umukunzi we ayanyujije murugi , nyuma yaje kwiregura avugako yaraziko aruwabateye mu rugo rwabo. Ibi byaje kuvuguruzwa n’urukiko rw’ubujurire nyuma y’imyaka 2 icyaha kibaye mu 2015 , aho rwaje kumuhamya icyaha cyo kwica umuntu Oscar Pistorius, amaguru ye yombi yaje kugira ubumuga afite amezi 11 y’amavuko nyuma yaje kugira kariyeri nziza mu masiganwa yabafite ubumuga no ku rwego rwise aho yaje kubona akazina ka “blade runner” Reeva SteenKamp yapfuye ku myaka 29 , yar’umunyamideri ukomeye cyane aho yakoraga ku biganiro bitandukanye nk’umunyamakuru , yanamenyekanye muri filime “Tropika Island of Treasure” SteenKamp yaramaze amezi atatu akundana na Oscar Pistorius , waje kumurasa mu gitondo cyo kuri St Valentin Gashyantare tariki 14 byaje kumuviramo urupfu. | 156 | 408 |
Kamonyi-Umugoroba wo Kwibuka30: Tuzakomeza Kwibuka abacu kugira ngo bizakomeze kuba Umurage, Uruhererekane-Meya Dr Nahayo. Umugoroba wo Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi, wabimburiwe n’Urugendo rwo kuva ahazwi nko ku Masuka ya Papa kugera ku rwibutso rw’Akarere ka Kamonyi ruherereye mu Kibuza. Abitabiriye uyu mugoroba, basabwe ubufatanye ku rugamba rwo kurandura ingengabitekerezo ya Jenoside. Bibukijwe ko Kwibuka ari imwe mu mpamvu yo gukomeza gusigasira Amateka ya Jenoside kandi ikaba imwe mu mpamvu zishegesha uwo ariwe wese uhakana akanapfobya Jenoside yakorewe Abatutsi n’uwayigizemo uruhare wese. Meya Dr Nahayo Sylvere ati“Tuzahora tubibuka ibihe byose”. Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi, Dr Nahayo Sylvere yabwiye buri wese wafashe umwanya wo kuza muri uyu mugoroba wo Kwibuka ko; umwanya nk’uyu ari umwanya wo kongera Kwibukiranya Amateka yaranze Igihugu cy’u Rwanda haba mbere na nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi. Yibukije ko kuvuga aya mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi, kugaruka ku Miyoborere mibi yabayeho, urwango n’ubugome byigishijwe ari ukubwira no gusobanurira neza abakiri bato batabizi. Ati“ Iyo twaje hano rero mu mugoroba nk’uyu, aba ari umwanya mwiza wo kongera kwibukiranya amateka yaranze Igihugu cyacu. Ibi byose iyo tubivuga tuba tugira ngo n’urubyiruko cyane cyane abatarabaye muri aya mateka babashe kuyumva neza, bayasobanukirwe, bibabere inzira nziza yo kugira ngo bakomeze kugira uruhare rufatika mu gukomeza kubaka Igihugu cyacu”. Akomeza ati“ Aya mateka uyashingiyeho, biragaragaza neza ko Jenoside yakorewe Abatutsi itabaye impanuka, ndetse yashobotse kubera ko ubuyobozi bwari buyishyigikiye, ndetse aribwo bwafashe iya mbere kugira ngo ibashe gukunda”. Yagize kandi ati“Ibi rero iyo tubivuga ni ukugira ngo tugire uruhare rukomeye mu gukomeza guhangana n’Ingengabitekerezo ya Jenoside dukomeza kugenda tubona hirya no hino mu Gihugu ndetse no hanze mu bindi bihugu muri rusange”. Yakomeje yibutsa ko muri iki gihe cy’iminsi ijana(100Days) yo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi, Ubuyobozi bw’Akarere ka Kamonyi bwateguye gahunda y’Ubudaheranwa, igamije kuba hafi Abarokotse Jenoside by’umwihariko Abatishoboye. Yashimiye uwo ariwe wese wagize kandi ugikomeje kugira uruhare mu gusura no kwihanganisha Uwarokotse, akamuba hafi, akamufasha mu buryo bwose bwongera ku mwubakamo icyizere cy’ubuzima. Dr Nahayo Sylvere, yasabye Abakuze, Urubyiruko kutemera ko Igihugu cy’u Rwanda kivugwa nabi, kutemera ko abakoze Jenoside bakidegembya hirya no hino bakomeza kubiba urwango abantu barebera, bagaceceka. Yahamagariye buri wese kubyamagana mu nzira izo arizo zose, inzira bakoresha buri wese akazinyura agamije kwerekana no kuvuga amateka mu buryo buri bwo, Amateka atuma abo bumva kandi bagasobanukirwa neza n’ukuri kwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda. intyoza | 394 | 1,125 |
Thomas Markle n’abahungu be bavuze ku myitwarire mibi y’umukobwa wabo Meghan yamuteye gushuka Harry bakava I bwami. Papa wa Meghan Markle batabyumva kimwe witwa Thomas Markle yavuze ko ntako atagize ngo arere uyu mukobwa neza ariko imyitwarire ye mibi yatumye agira agasuzuguro gakabije kamuteye kuvana I Bwami umugabo we Harry wari igikomerezwa muri UK.Thomas Markle yarakajwe cyane no kumva ko umukobwa we n’umukwe we Harry bikuye I Bwami niko kuvuga ati “Uriya siwe mukobwa nareze.”Thomas wahoze akora akazi ko gushyira urumuri mu mafilimi yakiniwe muri Hollywood,yavuze ko umukobwa we Meghan yatengushye umuryango w’I Bwami akotsa igitutu umugabo we Harry bagasaba kujya kwibera mu buzima busanzwe.Thomas w’imyaka 75 yavuze byinshi muri Documentaire yakozwe na Channel 5 ko umukobwa we yacishije bugufi umuryango w’I Bwami,agatesha inzozi za buri mukobwa wese kubera amafaranga.Thomas yababajwe cyane n’urwandiko rwasohowe n’umwamikazi rwo kwemerera umukobwa we Meghan n’umugabo we Harry kuva I Bwami bakajya kwiberaho ubuzima bwabo bwite.Thomas yari yarasabye abandi bana be gufata ifoto ya Meghan n’umwana we Archie bakabishyira mu cyumba cye mu nzu atuyemo mu mujyi wa Mexico.Mwene se wa Meghan witwa Tom Markle w’imyaka 53 yagize ati“Papa yarambwiye ati “Uyu siwe mukobwa nareze.Ntiyigeze yizera ibyabaye,yarakajwe cyane n’imyitwarire ye. Arumva ko Meghan yatesheje agaciro umuryango w’I Bwami.Icyo yifuza n’ukuzifotozanya na Meghan,Harry na Archie.Abigezeho yazapfa yishimye.Avuga kuri Meghan,undi mwene se,Thomas Senior yagize ati“Turwana intambara ngo turebe ko twaramuka.Ntidutunze amamiliyoni ku ma Banki nkuko we na Harry bameze.Yirengagiza ko turiho ariko biratangaje ndetse n’ubwikunde.Buri mukobwa muto wese aba ashaka kwitwa igikomangomakazi.Meghan yabigezeho ariko abiteye ishoti.Yabiteye ishoti kubera amafaranga. | 252 | 696 |
Menya byinshi ku mushinga wa ‘Timbuktoo’ u Rwanda ruzashoramo miliyoni eshatu z’Amadolari. Timbuktoo ni umushinga w’ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe iterambere, UNDP, ugamije guteza imbere ibikorwa by’ishoramari muri Afurika ndetse wo n’iki kigega cyawo byose bifite icyicaro mu Rwanda. Ukazaba ubarizwa mu kigo mpuzamahanga mu birebana n’imari cya Kigali International Financial Center. Nubwo uyu mushinga wagaragarijwe isi muri uyu mwaka, muri Gicurasi 2022 nibwo ibikorwa ndetse no kumurika uyu mushinga byabereye mu Rwanda ku bufatanye bw’Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku iterambere (UNDP) na Minisiteri y’ikoranabuhanga no guhanga udushya. Ni igikorwa cyahurije hamwe icyo gihe abantu batandukanye biganjemo urubyiruko rufite imishinga itandukanye bagaragarizwa byinshi kuri uyu mushinga wa Timbuktoo, ufatwa nk’ihuriro ry’ibihugu by’Afurika mu kuzamura imishinga ya ba rwiyemeza mirimo bagitangira ibikorwa byabo bigaragara ko bitanga ibisubizo ku bibazo by’ingutu isi ihanganye nabyo uyu munsi ariko bakazitirwa no kubona ubushobozi mu kubishyira mu bikorwa. Gahunda ya Timbuktoo biteganyijwe ko izashorwamo angana na miliyari imwe y’amadorali ya Amerika akazatangwa na leta zitandukanye n’abikorera ku giti cyabo byose mu mujyo wo gufasha urubyiruko rw’Afurika gukabya inzozi z’imishinga yarwo no guhanga udushya. Uyu mushinga ukaba witezeho gufasha urubyiruko rurenga 1000 rufite imishinga ikiri mu itangira kubona ubufasha bwo kuyishyira mu bikorwa, bikaba kandi byitezwe bizagira ingaruka ku barenga miliyoni 10, ndetse mu myaka 10 iri mbere iyo mishinga ikazaba yinjiza arenga miliyari 10 z’amadolari, bikazarushaho guteza imbere ubukungu bw’umugabane wa Afurika. Si ibyo gusa kuko iyo mishinga izagira uruhare mu hguhanga imirimo mishya ku barenga miliyoni 100. Iyi gahunda yateguwe n’ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe iterambere, UNDP, mu rwego rwo gukemura ibibazo byugarije urubyiruko mu gushyira mu bikorwa imwe mu mishinga yarwo igamije guhanga udushya ku mugabane wa Afurika, bigafasha uyu mugabane kugira abashoramari bakiri bato bawukomokamo kandi bafite imishinga n’ibikorwa bawukoraho bigamije guteza imbere ubukungu ndetse n’impinduramatwara y’imishinga ya ba rwiyemeza mirimo ikiri mu itangira. Minisiteri y’ikoranabuhanga no guhanga udushya mu Rwanda yagaragaje ko uyu mushinga wa Timbuktoo uhuza umurongo neza na gahunda ya guverinoma y’u Rwanda yo gushyigikira ba rwiyemezamirimo bakiri bato bafite imishinga igamije guhanga udushya no gukemura ibibazo bibangamiye igihugu mu guhabwa ubujyanama ndetse n’ubufasha bwo gutangira imishinga yabo. Ibi bigaragarira muri gahunda ya guverinoma y’u Rwanda ya Hnaga PitchFest igamije gutera inkunga ba rwiyemezamirimo bafite imishinga imishinga y’ikoranabuhanga igamije gutanga ibisubizo ku bibazo byugarije u Rwanda mu burezi, ubuzima, ubuhinzi, ikoranabuhanga n’ibindi. Aho banyura mu marushanwa yo gutoranya imishinga ihiga iyindi maze igera kuri 5 ya mbere ba nyirayo bagabwa igihembo cy’amafaranga azabafasha kurushaho kunoza iyo mishinga yabo. Ubwo uyu mushinga watangizwaga, Perezida Kagame wari witabiriye uwo muhango yagaragaje ko umugabane wa Afurika ufite urwego rw’abakozi bashobora gukemura bimwe mu bibazo byugarije Isi ariko ko imishinga y’Abanyafurika ikigorwa no kubona inkunga. Yagaragaje ko kuba umushinga Timbuktoo ufite intego yo gukoresha arenga miliyari y’amadorali, uzatanga amahirwe ku rubyiruko rwa Afurika mu kugaragaza impano zarwo no kuzikoresha neza. Ati “Hamwe n’umushinga Timbuktoo uzakoresha arenga miliyari y’amadorali, dushobora kurema amahirwe ku rubyiruko rw’Abanyafurika mu kugaragaza impano zarwo no gukoresha neza uguhanga udushya. Ibi bivuze kuziba icyuho kikigaragara mu bumenyi n’umurimo, atari ku mugabane wa Afurika gusa ahubwo ku Isi hose.” Umukuru w’Igihugu yemeje ko u Rwanda ruzatanga inkunga ya miliyoni 3 z’amadorali muri iki kigega ndetse no gukomeza guhamagarira abandi baterankunga, inshuti n’abafatanyabikorwa kongeramo nabo inkunga yabo. Naho umuyobozi wa UNDP, ishami rya Afurika, Madamu Ahunna Eziakonwa, yavuze ko Timbuktoo ari gahunda igamije gufasha urubyiruko rwa Afurika kwihangira imirimo no gufasha uyu mugabane gukoresha izo mbaraga z’urubyiruko rugize umubare munini w’abaturage mu kuzamura ubukungu bwawo no kuwuteza imbere. Yongeyeho ati: "Dushobora gutinyuka gute gushidikanya ku bushobozi bw’urubyiruko rwacu kugira ngo rubashe kugira uruhare mu mpinduka? Dukeneye gushyira hamwe ibitekerezo byacu n’ubushobozi kugira ngo dukemure ibibazo by’Afurika. Igihe kirageze ngo twizere Abanyafurika bakiri bato bafite ubushobozi bwo kugera ku mpinduka." UNDP ivuga ko Afurika ifite 0.2% gusa y’agaciro k’imishinga ikiri mu itangira ugerereanyije n’ahandi ku isi, ndetse igice kinini ku rugero rwa 89%, ry’ishoramari ryinjira muri Afurika rikomoka hanze y’umugabane naho 83% by’iryo shoramari rikaba ryiganganje mu bihugu bine aribyo: Nigeria, Kenya, Afurika y’Epfo, na Misiri. Byongeye kandi, hejuru ya 60% y’iryo shoramari usanga rijya mu ikoranabuhanga mu bijyanye n’urwego rw’imari. Madamu Eziakonwa, agaragaza ko imbaraga umugabane wa Afurika ufite mu rubyiruko, ziramutse zishingiye ku guteza imbere ubumenyi, ubukungu bwawo bushobora guhindura umugabane, ndetse bukarenga ndetse n’ubutunzi bw’umutungo uri munsi y’ubutaka. Ndetse ko uyu mushinga wa Timbuktoo ugaragaza ko ari cyo gihe cy’impinduramatwara. Mu gihe ibihugu byinshi n’uturere ku ugabane wa Afurika bikiri inyuma, UNDP yemeza ko uyu mushinga wa Timbuktoo ugamije kuzana impinduka. Mu myaka icumi iri imbere, gahunda ya timbuktoo izashyigikira imwe mu mishinga itandukanye mu mijyi umunani ya Afurika, harimo ikoranabuhanga mu bijyanye n’imari, ubucuruzi mu mujyi wa Lagos muri Nigeria, ubucuruzi bwifashisha ikoranabuhanga i Cairo (Misiri). imishinga y’ikoranabuhanga mu buvuzi i Kigali mu Rwanda. Ikoranabuhanga mu isuku n’isukura i Nairobi muri Kenya, urwego rwo guhanga ibishya i Cape Town muri Afurika y’Epfo. Si iyo mijyi gusa kuko Casablanca muri Maroc, Dakar muri Senegal na Accra muri Ghana, uyu mushinga uzibanda ku Burezi mu ikoranabuhanga, guteza imbere ubukerarugendo mu ikoranabuhanga ndetse n’ubuhunzi bwifashisha ikoranabuhanga. Umunyamakuru @RuzindanaJunior | 834 | 2,369 |
Muhanga: Imodoka zitwara abagenzi zabaye nke ugana i Kigali agasabwa kwishyura Frw 5 000. Muri gare ya Muhanga, abagenzi babaye benshi, haboneka abantu barimo gucuruza amatike ku ruhande tike imwe barayigurisha Frw 5000 ku muntu ugana i Kigali.
Ikibazo cy’abagenzi benshi berekeza mu Mujyi wa Kigali, mu Majyepfo no mu zindi Ntara zitandukanye z’Igihugu cyagaragaye cyane muri iyi minsi y’ibiruhuko by’abanyeshuri ndetse n’abandi baturage bari bagiye kwizihiza iminsi mikuru ya Pasika iwabo ku ivuko.
Nsekanabo Janvier wo mu Kagari ka Ntenyo, mu Murenge wa Byimana, avuga ko yinjiye muri gare saa kumi n’ebyeri za mu gitondo ashaka kujya i Kigali, bamusaba ko yishyura Frw 5, 000 kugira ngo bamushakire umwanya mu modoka.
Yagize ati: ”Abakata amatike ni bo bansabaga gutanga Frw 5,000 mbabwira ko ntayo nabona ubu ntegereje ko hari indi nabona nyuma ya saa sita.”
Nzarora Jéremie wo mu Karere ka Nyamasheke avuga ko yasabwe kwishyura Frw 6000 kandi asanzwe atanga Frw 4, 000.
Yavuze ko aho kurara i Muhanga yishyura n’ayo yari gukoresha mu nzira.
Yagize ati: ”Badusaba kwishyura menshi, nta n’imodoka ziva cyangwa zijya i Nyamasheke zihari.”
Perezida wa Gare ya Muhanga, Hatangimana Samuel avuga ko ikibazo cy’abashaka kugurisha abagenzi amatike ari abari baziguze bagashaka kuzigurisha hanze ya gare.
Hatangimana avuga ko barimo gukora ibishoboka kugira ngo abagenzi babone imodoka.
Yagize ati: ”Hari abo twafashe bagurisha amatike ku mafaranga menshi, twayabambuye.”
Abagenzi bafite ikibazo cyo kubona imodoka ngo ni abo mu Karere ka Nyamasheke na Rusizi kuko nta modoka zihakorera zigeze ziza.
Ubwo twateguraga iyi nkuru, twasanze inzego z’Umutekano zirimo gushaka uko abagenzi bagera aho bashaka kujya, gusa bamwe mu bashoferi bavuga ko kuba nta modoka ishobora kurenza 50% by’abagenzi itwara ari cyo kibazo nyamukuru cyatumye abagenzi batabona umwanya mu modoka zihari.
REBA YouTube Channel UMUSEKE TV video nziza nk’iyi. UKORA LIKE SHARE na COMMENT
MUHIZI ELISÉE
UMUSEKE.RW/Muhanga. | 286 | 778 |
Imodoka za ‘Automatic’ zirenda kwemererwa gukoreshwa mu bizamini byo gutwara imodoka. Mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa Twitter kuri uyu wa kabiri 27 Ugushyingo, Depite Rukumbura John yagize ati “Itegeko riri mu nzira kandi ndabizeza ko nzarishyigikira 100%. Abumva ko abantu bakoresha ibizamini imodoka za automatic akenshi bashobora guteza impanuka mu muhanda, iyo myumvire siyo. Uburyo imodoka ikoze ntaho bihuriye no kwica amategeko y’imikoreshereje y’umuhanda.” Rukumbura yavuze ibi asubiza icyifuzo cyari gitanzwe n’umuturage kuri Twitter, asaba Polisi y’Igihugu kwemerera abantu gukoresha ibizamini imodoka za automatic. Uwitwa Kamikazi Fiona, nawe akoresheje Twitter yatanze igitekerezo kigira kiti “Mu bihugu bimwe ibi birakorwa, uruhushya ubonye rukaba ari urukwemerera gutwara imodoka ya automatic gusa.” Hagati aho ariko, si ubwa mbere ibyifuzo kuri iri tegeko bitangwa Muri Mata uyu mwaka, umuturage witwa Shumbusho Frank yandikiye abagize Inteko Nshingamategeko abasaba gutora itegeko ryemerera abantu gukoresha imodoka za automatic mu bizamini bitanga urushya rwo gutwara ibinyabiziga. Shumbusho yasabye abashyiraho amategeko (abadepite), gushyiraho itegeko riha ukora ikizamini uburenganzira bwo guhitamo imodoka akoresha, yaba automatic cyangwa isanzwe. Mu ibaruwa y’ubwo busabe, yavuze ko uburyo bukoreshwa mu kubona uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga hakoreshejwe imodoka zisanzwe (manual), bizitira abafite imodoka za automatic kandi bose ari Abanyarwanda bwakiye kugira uburenganzira bungana. We yabyise ivangura. | 203 | 580 |
Perezida Trump yavuze ko umushinjacyaha mukuru wungirije ari kumugendaho. Perezida Donald Trump yagaragaye nk’uwemera ko arimo gukorwaho iperereza rijyanye n’irindi perereza riri gukorwa ku birego by’uko Uburusiya bwivanze mu matora yo muri Amerika.Mu butumwa yanyujije ku rubuga nkoranyambaga rwa Twitter, Perezida Trump yabaye nk’ushinja umushinjacyaha mukuru wungirije, kumugendaho.Yagize ati: "Ndimo gukorwaho iperereza kubera ko nirukanye umuyobozi wa FBI [urwego rw’ubutasi rukorera imbere muri Amerika], rigakorwa n’umugabo wambwiye ngo ninirukane umuyobozi wa (...)Perezida Donald Trump yagaragaye nk’uwemera ko arimo gukorwaho iperereza rijyanye n’irindi perereza riri gukorwa ku birego by’uko Uburusiya bwivanze mu matora yo muri Amerika.Mu butumwa yanyujije ku rubuga nkoranyambaga rwa Twitter, Perezida Trump yabaye nk’ushinja umushinjacyaha mukuru wungirije, kumugendaho.Yagize ati:"Ndimo gukorwaho iperereza kubera ko nirukanye umuyobozi wa FBI [urwego rw’ubutasi rukorera imbere muri Amerika], rigakorwa n’umugabo wambwiye ngo ninirukane umuyobozi wa FBI!"Amakuru dukesha urubuga rwa BBC, Rod Rosenstein, umushinjacyaha mukuru wungirije, yanditse ubutumwa bugufi bw’akazi ibiro bya Perezida w’Amerika, White House, byashingiyeho byirukana uwahoze ari umuyobozi wa FBI.Bwana Rosenstein yashinzwe gukurikirana iperereza ryo kureba niba Uburusiya bwarivanze mu matora yo muri Amerika, nyuma yaho umushinjacyaha mukuru Jeff Sessions yeguye kuri iyo mirimo mu kwezi kwa Werurwe.Umushinjacyaha mukuru wungirije na we yaje gushyiraho umujyanama udasanzwe Robert Mueller ngo ayobore iryo perereza.Mu ntangiriro y’iki cyumweru, ibitangazamakuru byo muri Amerika byatangaje ko Bwana Mueller yari arimo gukora iperereza kuri Perezida ku kuba bishoboka ko abangamira ubutabera.Mueller byatangazwaga ko yateganyaga kubaza abayobozi b’inzego z’ubutasi niba Perezida Trump yarikijije umukuru wa FBI, James Comey, mu kwezi kwa Gicurasi agamije kubangamira iperereza ku wo yirukanye Michael Flynn.Bwana Flynn yari umujyanama wa Trump mu bijyanye n’umutekano w’igihugu.Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu, Trump yanditse ubundi butumwa ku rubuga nkoranyambaga rwa Twitter agira ati:"Nyuma y’amezi arindwi y’amaperereza n’ubuhamya ku bijyanye nuko ’nakoranye n’Abarusiya’, nta muntu n’umwe urerekana gihamya. Birababaje!" | 292 | 861 |
Isomwa ry’urubanza rwa Bamporiki ryasubitswe. Umuvugizi w’Inkiko mu Rwanda, Harrison Mutabazi, yatangaje ko impamvu urubanza rwe rwasubitswe ari uko rutararangizwa kwandikwa. Ati “Ntabwo urubanza rurarangizwa kwandikwa kandi ubundi urukiko rusoma imyanzuro yanditse, niyo mpamvu rwasubitswe ngo rubanze rwandikwe rwose”. Taliki 19 Ukuboza 2022, nibwo Bamporiki aheruka mu rukiko rukuru kugira ngo aburane ubujurire yatanze ku byaha yahamijwe byo kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya no gukoresha mu nyungu ze bwite ububasha ahabwa n’itegeko. Muri Nzeri 2022, urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwamukatiye gufungwa imyaka 4, agatanga n’ihazabu ya Miliyoni 60 Frw. Urukiko mu kumukatira iriya myaka 4, rwitaye ku buryo Bamporiki kuva yatabwa muri yombi yakomeje kwemera ibyaha ndetse akanabisabira imbabazi, akavuga ko ahawe imbabazi atakongera gukora amakosa kuko yamaze kwikosora. Iki gihano Bamporiki yarakijuririye maze aburana ubujurire tariki 19 Ukuboza 2022, yongera gutakambira urukiko ko rwamugabanyiriza ibihano, kuko yamaze kwikosora kandi yifuza gukomeza kugirira igihugu akamaro. Mu gihe Bamporiki yaburanaga ubujurire, Ubushinjacyaha bwagaragarije urukiko ko ubusabe bwe nta shingiro bufite kuko igihano yahawe ari gito, ukurikije uburemere bw’icyaha yakoze. Ubushinjacyaha bukavuga ko bidakwiye ko ajuririra igihano yahawe, ndetse bugaragaza ko nabwo bwajuririye kiriya gihano kuko ari gito. Ubushinjacyaha bwagaragaje ko indi mpamvu yatumye bujurira ari uko icyaha cya Ruswa Urukiko rwakimugizeho umwere, rukamurega icyaha cyo kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya. Ubushinjacyaha bwavuze ko ubusabe bwa Bamporiki nta shingiro bufite, kuko ibyaha byakozwe n’umuyobozi ujijutse bihagije, kandi ngo yari ku mwanya w’Umunyamabanga wa Leta ndetse wanize amategeko. Umunyamakuru @ musanatines | 238 | 732 |
Police Fc ihagaritse umuvuduko w’Amagaju iyinyagira ibitego 4. Wari umukino wa gatatu wa shampiyona aho Police yari yatsinzwe umukino wa mbere igatsinda uwa kabiri yahuraga n’ikipe y’Amagaju yari imaze gutsinda imikino ibiri yose. Uyu mukino wabereye kuri stade ya Kicukiro mu Mujyi wa Kigali watangiye uhira Police kuko yahise itsinda igitego ku munota wa mbere cyatsinzwe na Songa Isae bidatinze ku munota wa gatatu Mwizerwa Amini ashyiramo icya kabiri mu gihe Police yongeye kubona igitego cya gatatu ku munota wa 19 cya Songa Isae na none maze igice cya mbere kirangira ari 3-0. Mu gice cya kabiri Amagaju yagerageje gusatira Police birinda bigera ku munota wa 52 ishakisha igitego gusa yaje kwibwa umugono na Police aho ku munota wa 53 Songa Isae yarobye umunyezamu wari wasohotse atsindira Police igitego cya kane. Amagaju yanyuzagamo agasatira mu gice cya kabiri yaje kubona igitego cy’impozamarira ku munota wa 75 cyatsinzwe na Ndizeye Innocent maze umukino urangira Police inyagiye Amagaju 4-1. Nyuma y’umukino umutoza Pablo Nduwimana yavuze ko kuba batsinzwe babitewe no kwibwa umugono mu minota ya mbere aho yagize ati “dutsinzwe n’uburangare bw’ab’inyuma bari bafite igihunga byanatumye batwiba umugono badutsinda biriya bitego” N’aho ku ruhande rwa Seninga Innocent utoza Police we ngo intsinzi ayikesha kuba yarize imikinire y’Amagaju dore ko ngo yari anazi neza ko itaratsindwa akaba yavuze ko intsinzi yayikoreye. Abakinnyi babanjemo ba Police Nzarora Marcel,Ishimwe Zappy,Ndayishimiye Celestin,Twagizimana Fabrice,Habimana Hussein,Nizeyimana Mirafa,Nzabanita David,Mwizerwa Amini,Mico Justin na Biramahire Christophe. Abakinnyi babanjemo b’Amagaju Twagirimana Pacifique,Buregeya Rodrigue,Hakizimana Hussein,Niyomwizerwa Celestin,Bizimana Noel,Yumba Kaite,Habimana Hassan,Ndikumana Tresor,Amana Mugisho,Shaban Hussein na Ndizeye Innocent. Indi mikino y’umunsi wa Gatatu wa shampiyona uko yagenze: Ku wa Gatanu tariki ya 20 ukwakira 2017 APR 2-1 A S Kigali Ku wa Gatandatu tariki ya 21 Ukwakira 2017 Bugesera FC 1-0 Rayon Sports
Etincelles FC 1-1 Mukura VS
Espoir FC 0-0 Sunrise FC
Kirehe FC 1 – 0 Musanze FC Ku cyumweru tariki ya 22 Ukwakira 2017
Police FC 4-1 Amagaju FC (Kicukiro)
Gicumbi FC 2-1 Marines (Gicumbi)
Miroplast FC 2 – 1 Kiyovu Sports ( Mironko Stadium) Nyuma y’umunsi wa gatatu wa Shampiyona APR iyoboye urutonde n’amanota 7 igakurikirwa n’amagaju na Gicumbi zose zifite amanota 6, Etincelles ikaza ku mwanya wa 4 n’amanota 5 mu gihe zikurikirwa na As Kigali na Rayon Sports zose zinganya amanota 4. | 369 | 964 |
n’uwumiwe. “Bon” ntabwo nabigarukaho byaba ari amarangamutima, ariko urebye iyubahirizwa ry’ireme ry’amahame remezo tuvuge ihame remezo rya Leta igendera ku mategeko, mu by’ukuri iyo usuzumye ni cya kindi twakomeje kuvuga wakwita nk’amayobera. Urareba ugasanga amategeko yose arahari, buriya n’ejo turi muri ya nama ya APNAC ntabwo ari ugusubira mu byavuzwe, ariko bifuje yuko ngo bakora lisite y’amakosa akorwa ahanwa ariko iyo murebye itegeko ry’umurimo rirabisobanura rwose lisite irahari, hari ukukwandikira bwa mbere ukakwa ibisobanuro, noneho tukibaza impamvu harimo ino “résistance” y’uko amategeko adashyirwa mu bikorwa n’abashinzwe kuyashyira mu bikorwa. Murebye ya mbonerahamwe ufashe “Vision 2020”, Icyerekerezo 2020, muribuka ko byose byari bisobanutse ko bagomba kongera ubushobozi ari abakoresha ziriya manza, abaziburana, ababuranira Leta babikora mu buryo bwa gifongisiyoneri. Ni ukuvuga we araza agapuwenta (pointer) sinzi niba ubu ngubu niba hari aho bandika niba baje kwandika, agategereza guhembwa, urebye “contrat de performance” kugira ngo kuri miliyoni wenda magana atanu na mirongo ine (540.000.000 Frw) yinjize miliyoni ebyiri (2.000.000 Frw) gusa nabyo urabona ko biteye isoni. “Bon” nkumva rero ntabwo wenda turaza kureba icyakorwa kuko byavuzwe kenshi ariko niba mureba uko imyaka yagiye ikurikirana murabona ko “trend” igenda yiyongera noneho se bigiye kuba nka ba bandi baturusha gucura amayeri kuko baravuga bati: “Iyo mufashe ingamba bo bafata ingamba zikubye kabiri izanyu”. Nkabona rero rwose ari ikintu tuza guhagurukira kuko urebye abanyamategeko barahari kandi bongerewe ubushobozi kandi bariga neza n’iryo reme ry’uburezi ntabwo ndikwesheninga (to question) cyane, ariko urebye imibare iravuga kandi ihame remezo twemera ko rihesha ishema u Rwanda ntabwo ryubahirizwa. Ubwo turaza wenda kungurana ibitekerezo ariko ni ikibazo kitoroshye. Perezida wa Sena, Dr. IYAMUREMYE Augustin Murakoze Nyakubahwa Senateri. Ijambo rikurikiyeho ni irya Honorable NYINAWAMWIZA Laëtitia. Honorable NYINAWAMWIZA Laëtitia Murakoze Nyakubahwa Perezida wa Sena. Ndashima nanjye raporo batugejejeho ariko hari ibibazo bibiri nibajije. Icya mbere sinzi niba Komisiyo yaba yarakiganiriyeho na “Public Service Commission”. Hari ugushyira mu bikorwa imyanzuro “Public Service Commission” iha ibigo hari aho usanga hari inama “Public Service Commission” igira ibigo bazishyira mu bikorwa ugasanga ibigo biratsinzwe. Ese iyo ikigo gishyize uwo mwanzuro mu bikorwa kigatsindwa “Public Service Commission” isanga nayo hari uruhare rwayo muri za manza Leta itsindwa? Ese yo ibitekerezaho iki? Ikindi nibajije na bo ubwabo bavuga ko gutinza gusubiza abantu barekarama (réclamer) cyangwa se kubona “feedback” ivuye muri “Public Services Commission” bishobora kuba biterwa n’uko bafite abakozi bake? Ese Komisiyo mwe mureba mwasanze koko abakozi b’iriya “Public Services Commission” ari bakeya? Ese bafite “proposal” ya “structure” bo batanga kugira ngo bagaragaze noneho uko bagiye kunononsora imirimo no kuyihutisha no kugira ngo ikorwe neza? Nsoza nanjye nibajije kuri bariya bakozi bo mu bitaro ntekereza ko hashobora kuba hari n’ikindi kibazo uretse “recrutement”. Ese ntabwo hashobora kuba hari ikibazo na none cy’ibikorwa remezo bidahagije. Aha ndavuga kuba abakozi bakenewe ariko wenda badafite n’aho babashyira na bo ubwabo cyangwa se aho bakorera? Ni ibyo bibazo nibajije. Murakoze Nyakubahwa Perezida wa Sena. Perezida wa Sena, Dr. IYAMUREMYE Augustin Urakoze Nyakubahwa Senateri. Ijambo rikurikiraho ni irya Honorable UYISENGA Charles. Honorable UYISENGA Charles. Murakoze Nyakubahwa Perezida wa Sena kumpa ijambo. Ndagira ngo nanjye mbanze nshimire Biro ya Komisiyo imaze kutugezaho raporo isesenguye neza, kandi bakaba bayitugejejeho neza. Njye hari ikibazo nagize muri rusange nibaza ukuntu iyi Komisiyo ishinzwe kugenzura urebye ni abakozi ba Leta uko ikorana n’izindi nzego za Leta, kuko wavuze itanga raporo ubwo izindi nzego zikagomba kureba icyo zigomba gukora. Aho ngaho numva atari byo kuko niba izo nzego zose zitahiriza umugozi umwe ntabwo numva ko haba hari ikibazo mvuga nti abakozi mu bitaro bahagije kandi ugahindukira ugasanga hari | 579 | 1,562 |
Bashimishijwe bidasanzwe no kubona Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya. Ku itariki ya 12 Mutarama 2019, Abahamya bo muri Nijeriya bagize ikoraniro ryihariye ryabereye mu Nzu y’Amakoraniro iri mu mugi wa Benin. Muri iryo koraniro Geoffrey Jackson wo mu Nteko Nyobozi yatangaje ko hasohotseBibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshyaivuguruye mu Gisoko no mu Kiyoruba. Iryo koraniro ryitabiriwe n’abantu bagera ku 60.672. Uretse abari muri iyo Nzu y’Amakoraniro, hari n’abandi bari bateraniye mu Mazu y’Ubwami agera ku 106, Amazu y’Amakoraniro agera ku 9 n’ahandi hantu hatandukanye mu gihugu cya Benin. Umuvandimwe Jackson ari kumwe n’umuryango wari wateraniye mu Nzu y’Amakoraniro muri Nijeriya Gad Edia ukorera ku biro by’Abahamya byo muri Nijeriya yaravuze ati: “Guhindura Bibiliya mu rurimi rw’Igisoko byatwaye imyaka itatu n’amezi abiri, na ho mu Kiyoruba bitwara imyaka itatu n’amezi atatu. Muri Nijeriya hari Abahamya barenga 5.000 bavuga Igisoko na ho abarenga 50.000 bavuga Ikiyoruba. Abo Bahamya bashimishijwe no kubona iyo Bibiliya, ku buryo hari umwe wavuze ati: ‘Ni ibyishimo bidasanzwe.’ Ibi rero, biragaragaza ko imihati yashyizweho ngo iyo Bibiliya iboneke muri izo ndimi yagize icyo igeraho.” Kugeza ubu Abahamya ba Yehova bamaze gusohoraBibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshyayose cyangwa ibice byayo mu ndimi 179. Dushimishijwe n’uko abo bavandimwe bashobora gusoma Bibiliya kandi bakayiga mu ndimi zabo.—2 Timoteyo 3:17. | 199 | 584 |
Subsets and Splits